Ambasaderi w’u Bushinwa yashinje USA kuba nyirabayazana w’intambara yo muri Ukraine no gushaka gusenya u Burusiya

Ambasaderi w’u Bushinwa i Moscou yise Amerika “nyirabayazana w’intambara” yo muri Ukraine kandi ashinja Washington gushaka “gusenya” u Burusiya. Ambasaderi Zhang Hanhui yavuze ko Amerika yashyize u Burusiya mu mfuruka binyuze mu gukomeza umuryango wa NATO ndetse no gushyigikira imbaraga zishaka guhuza Ukraine n’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi aho kwegerana na Moscou. Mu kiganiro yagiranye n’Ibiro […]

Amerika irashinja Iran gucura umugambi wo kwivugana John Bolton hagamijwe guhorera Gen. Qassem Soleimani

Abategetsi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinje umuntu ukekwaho kuba mu mutwe w’abasirikare barinda impinduramatwara ya kisilamu muri Irani (IRGC) kuba yarateguye umugambi wo guhitana John Bolton wahoze ari umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, aho bishoboka ko byaba biri mu rwego rwo kwihorera kubera iyicwa rya Gen. Qassem Soleimani wishwe n’ubutegetsi bwa Perezida Trump […]

Abanyekongo batunguwe no kubona stand ya RDC muri Expo 2022 mu Rwanda

Abanyekongo bamwe batunguwe no kubona stand ya DRC muri Expo Rwanda 2022 mu gihe umubano hagati y’ibihugu byombi wahungabanye kuva intambara yongeye kubura hagati ya FARDC n’umutwe wa M23 Congo ishinja u Rwanda gutera inkunga, ndetse Guverinoma ikaba yari yafashe ingamba zitandukanye zirimo kureka kwitabira ibikorwa mpuzamahanga cyangwa inama bibera mu Rwanda. Mu ngamba zafashwe, […]

Ituri: Guverineri Lt. Gen. N’kashama yiteguye gutangaza amazina y’abadepite bakoresha imitwe y’inyeshyamba

Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen. Luboya N’kashama kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Kanama aganira n’abanyamakuru i Bunia, yamaganye imyitwarire y’abadepite bamwe bo mu ntara, ashinja gukoresha imitwe yitwaje intwaro no kugira uruhare mu guhungabanya Intara ya Ituri, atangaza ko bidatinze nibakomeza kwitwara gutyo azabashyira ku karubanda. Luboya N’kashama yaganiriye n’abanyamakuru, […]

Les émissaires chinois et malawite présentent leurs lettres de créance

fzu7tfgwaagsaef.jpg

Deux nouveaux Ă©missaires accrĂ©ditĂ©s au Rwanda ont prĂ©sentĂ© mardi 9 aoĂ»t leurs lettres de crĂ©ance au prĂ©sident Paul Kagame, alors qu’ils entamaient leur mandat de reprĂ©sentation de leur pays au Rwanda. Les Ă©missaires sont le Chinois Wang Xuekun qui a remplacĂ© Rao Hongwei, tandis que le Malawite Andrew Zumbe Kumwenda remplace Glad Chembe Munthali. L’envoyĂ© […]

Butembo: Igitero kuri gereza kiciwemo abapolisi imfungwa zisaga 800 ziratorokeshwa

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Kanama 2022, igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyagabwe kuri Gereza Nkuru ya Kakwangura, muri Butembo, muri Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imfungwa zisaga 800 muri 872 zari muri gereza ziratorokeshwa abapolisi bari ku burinzi baricwa. Amakuru y’ibanze agera ku rubuga Politico.cd dukesha iyi nkuru, […]

Huye: Uwashinjwaga gusambanya umwana we yakatiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 08 Kanama 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo w’imyaka 33 icyaha cyo gusambanya umwana we w’imyaka 12, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko nubwo uyu yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo gifungo cya […]

Abakuru b’ibihugu 10 ba mbere bahembwa akayabo muri Afurika

bi.jpg

Imwe mu mpamvu ngo ituma Abanyafurika bakunda kurwanira ubutegetsi cyangwa bagakora ibishoboka byose ngo batsinde amatora, ahanini ngo ni ugukururwa n’ubuzima bwiza n’umushahara uri hejuru n’ibindi bintu bitandukanye umukuru w’igihugu yemererwa, ari nayo mpamvu usanga uwasogongeye kuri ubwo buzima ahanini aba adashaka kubuvamo cyangwa agakora ibishoboka ngo abugumemo kugeza apfuye. Hifashishijwe imibare ituruka ku mbuga […]

Abashinjacyaha barimo guhugurwa ku ikoranabuhanga rizagabanya idindira ry’imanza

Abashinjacyaha n’abagenzuzi batangiye amahugurwa ajyanye no gukoresha ikoranabuhanga mu gutanga ibirego ku bakekwaho ibyaha, bikaba biteganijwe ko bizagabanya igihe cyakoreshwaga mu rubanza, kwihutisha amadosiye no gukora mu buryo bumwe. Amahugurwa y’iminsi ine yatangiye ku mugaragaro ku ya 9 Kanama akazakomeza kugeza ku ya 12 Kanama. Nk’uko byatangajwe na Marius Jules Ntete, umugenzuzi mukuru w’ikigo cy’igihugu […]

Steven Seagal yagaragaye muri Donbass ashinja Ukraine kuba inyuma ya roketi iherutse kwica imfungwa z’intambara

steven-seagal-pictured-at-russian-prison-camp-in-ukraine-days.jpg

Umukinnyi wa filimi w’icyamamare w’Umunyamerika, Steven Seagal, ari muri Ukraine muri Repubulika ya Rubanda ya Donetsk (DPR), aho arimo gufatira amashusho ya filimi mbarankuru ku ntambara yo muri Donbass, ndetse akaba yanatunze urutoki Ukraine ayishinja kuba inyuma y’igitero giherutse kwica imfungwa z’intambara. Denis Pushilin uyobora DPR ni we watangaje kuri uyu wa Kabiri ko Steven […]

Amb. Ntampaka Mironko présente ses lettres de créance pour représenter le Rwanda en Azerbaïdjan

L’ambassadeur du Rwanda en Turquie, Fidelis Ntampaka Mironko, a prĂ©sentĂ© ses lettres de crĂ©ance au prĂ©sident AzerbaĂŻdjanais, Ilham Aliyev, pour reprĂ©senter le Rwanda dans le pays situĂ© dans le Caucase. La prĂ©sidence azerbaĂŻdjanaise a rĂ©vĂ©lĂ© que Amb. Ntampaka a prĂ©sentĂ© ses lettres de crĂ©ance et s’est entretenu samedi avec le prĂ©sident Aliyev. Au cours de […]

Abanyakenya bamwe n’abanyamahanga bahungiye muri Uganda batinya imvururu zakurikira amatora

Abanyakenya babarirwa muri magana ndetse n’Abanyamahanga barimo Abanyarwanda baba muri Kenya, bahisemo kuba bahungiye muri Uganda banyuze ku mupaka wa Busia n’uwa Malaba mbere y’amatora y’umukuru w’igihugu yatangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Kanama batinya ibishobora gukurikira ibizayavamo. Abanyamahanga bageze muri Uganda bavuye muri Kenya barimo Umurundi, Umunyarwanda, Abanyaziya, Umunyamerika n’Abongereza, babwye Daily Monitor […]

Abasirikare ba Mali 17 n’abasivili bane biciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro

Kuri iki Cyumweru, itariki 7 Kanama, inyeshyamba zishe abasirikare 17 ba Mali n’abasivili bane mu gitero cyabereye hafi y’umujyi wa Tessit, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Mali. Abasirikare icyenda na bo baburiwe irengero ndetse imodoka n’ibikoresho birasenywa, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, ryongeraho ko bikekwa ko iki gitero cyagabwe n’ishami rya […]

RDC: Umupadiri uherutse kuraswa n’abantu bitwaje intwaro yishwe n’igikomere

Padiri Godefroid Pembele, wakomerekeye mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru muri couvent ya Mukasa, mu Mujyi wa Kikwit, yahitanwe n’igikomere kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Kanama, nk’uko byatangajwe na Musenyeri TimothĂ©e Bodika. Padiri Pembele yari yarashwe mu rutugu nyuma indege imuvana Kikwit imujyana i Kinshasa kwa muganga […]

Abandi bana 10 b’Abanyarwanda bafite ibibazo by’umutima bagiye kubagwa muri Israel

Mu cyumweru gishize, abana icumi bagiye muri Israel bagiye kubagwa umutima, babikesheje ubufatanye hagati ya Minisiteri y’ubuzima na Save A Heart’s Child (SACH), umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu ukorera muri Israel ufite intego yo gukiza abana bafite ibibazo bikomeye by’umutima bavukanye. Itsinda rigizwe n’abana bafite hagati y’imyaka 2 na 18. Rikurikiye undi mwana, mu bana batatu […]

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ategerejwe i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony J. Blinken, ategerejwe I Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Kanama, aho biteganyijwe ko abanza kwakirwa na Perezida Felix Tshisekedi mu ngoro ye iherereye ahitwa Mont-Ngaliema. Abayobozi bombi barairana ikiganiro kimara hafi isaa mbere yo kubonana n’intumwa […]

FBI yasatse mu rugo rwa Trump ihasanga inyandiko z’ibanga atari akwiye kuba atunze

Inyandiko z’ibanga zo ku butegetsi bwa Trump zavumbuwe aho atuye muri Florida nyuma yo gusaka mu rugo rwe ruherereye mu gace ka i Mar a Lago, bikaba bishobora kumuviramo kuregwa kurenga ku itegeko rivuga ko inyandiko zose z’ubuyobozi zigomba kubungwabungwa n’urwego rwabigenewe. Kuri uyu wa Mbere, uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Kinshasa: Depite Kabund yongeye kwanga kwitaba inteko ishobora kumwaka ubudahangarwa

Depite Jean-Marc Kabund wari utegerejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 8 Kanama mu Nteko Ishinga Amategeko, yongeye gutera utwatsi ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, ubutumire bwa Perezida w’Inteko, Christophe Mboso. Yaramwandikiye ati: “sinshobora kubana namwe mu makosa asa na misa y’umukara ….igamije kuncecekesha”. Uyu mudepite watorewe Mont-Amba yamagana “ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bwe nk’uhagarariye abaturage watowe”. […]

Tchad: Guverinoma ya gisirikare yasinyanye amasezerano y’amahoro n’imitwe 40 y’inyeshyamba

Guverinoma ya gisirikare ya Tchad n’imitwe irenga 40 yayigometseho yashyize umukono ku masezerano mbere y’ibiganiro by’ubwiyunge bw’igihugu. Mu gihe ayo masezerano atarimo umutwe ukomeye w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, abasinye bemeye guhagarika imirwano. Kuri uyu wa Mbere, nibwo guverinoma ya gisirikare n’imitwe irenga 40 y’inyeshyamba muri Tchad yashyize umukono kuri ayo masezerano i Doha, muri Qatar yiyemeza […]

Covid-19: Le Rwanda lance un quatrième vaccin

Le Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC) a commencĂ© le lundi 8 aoĂ»t Ă  administrer le quatrième vaccin du Covid-19 dans le pays. Selon Julien Niyingabira, le chef de division du Rwanda Health Communication Center (RHCC), cette dĂ©cision vise Ă  renforcer l’immunitĂ© de la population, car elle diminue souvent avec le temps et doit donc ĂŞtre […]

Somalia: Ibitero bya bombe byibasiye uduce twegereye ingoro y’umukuru w’igihugu

Kuri iki Cyumweru gishize, itariki 07 Kanama, ibisasu bya Mortar byibasiye utduce twegereye ingoro ya perezida mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu, bitagize umuntu bihitana, nyuma gato yuko inteko ishinga amategeko yemeje guverinoma nshya, kikaba ari ikimenyetso cy’ibibazo biri imbere ku bayobozi bashya. Somaliya isanzwe yugarijwe n’amapfa akomeye itagize mu myaka 40 ishize, muri aya […]

Ibyerekana ko raporo za Loni ziba zigamije guteza amakimbirane hagati y’Abanyafurika aho gukemura ibibazo

Raporo ebyiri ziheruka za Loni zikwiye kwitabwaho kubera amasano ateye amatsiko zihuriyeho. Mu by’ukuri, usibye kuba zidasohorwa ngo zishyirwe ku mugaragaro uko zakabaye, hejuru ya byose, usanga zikubiyemo n’amakuru ashobora guteza amakimbirane hagati y’ibihugu by’ibituranyi ku mugabane wa Afurika, aho umuntu yakwibaza niba atari cyo kiba kigenderewe. Muri raporo iheruka yiswe iy’ibanga, ibinyamakuru ariko bikaba […]

Bob Wine arasanga imyigaragambyo karundura ya rubanda ari yo izarangiza ingoma ya Museveni

Perezida w’ishyaka National Unity Platform-NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine asanga imyigaragambyo karundura y’abaturage ari yo yonyine izarangiza ingoma ya prezida Museveni imaze imyaka ikabakaba 40. Muri iki cyumweru gishize avugana n’abayoboke b’ishyaka rye ku cyicaro gishya cy’ishyaka ahitwa Makerere Kavule, ku Muhanda wa Bombo, Kyagulanyi yavuze ko amatora yo […]

Martin Fayulu utajya imbizi n’u Rwanda yongeye gusaba ko Ambasaderi Karega yirukanwa muri RDC

Raporo iheruka gukorwa n’impuguke z’umuryango w’abibumbye ku nkunga Guverinoma y’u Rwanda yaba yarahaye umutwe wa M23 yongeye guteza urunturuntu mu banyapolitiki batandukanye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho Martin Fayulu, uzwiho kutorohera u Rwanda na gato yongeye gusaba ko ambasaderi warwo i Kinshasa yirukanwa ndetse igihugu cye kigacana umubano n’u Rwanda burundu. Perezida w’ishyaka […]

Loni irashinja ingabo za Mali n’izindi z’uruhu rwera uruhare mu iyicwa ry’abasivili 33

Raporo y’impuguke za Loni yabonywe na AFP kuri uyu wa Gatanu, iravuga ko ingabo za Mali n’abasirikare “bafite uruhu rwera” bagize uruhare mu rupfu rw’abasivili 33. Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye muri Mali muri raporo ryashyikirije Akanama kawo gashinzwe umutekano mu mpera z’ukwezi gushize, ko imirambo 2 y’Abanya-Mauritaniya n’Abanya-Mali bane yasanzwe mu giturage cya Robinet El […]

Ubundi bwato 3 bwikoreye toni hafi ibihumbi 60 z’ibigori bwahagurutse muri Ukraine

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 5 Kanama 2022. Ubundi bwato butatu bwikoreye toni 58,000 z’ibigori bwahagurutse ku byambu bya Ukraine. Ubu bwato buzakoresha umuhanda utekanye mbere yo kwerekeza muri Irlande, u Bwongereza na Turkiya. Ubu bwato biteganyijwe ko bukoresha inzira nk’iyo ubwa mbere bwahagurutse muri Ukraine buriho ibendera rya Sierra Leone bwitwa Razoni bwanyuzemo. […]

Amnesty International irashinja Igisirikare cya Ukraine gushyira mu kaga ubuzima bw’abasivili

Ukraine yakiranye umujinya mwinshi raporo ya Amnesty International ishinja iki gihugu gushyira ubuzima bw’abasivili mu kaga ko mu ntambara yo kurwanya u Burusiya. Muri iyo raporo, uyu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu wavuze ko igisirikare cya Ukraine cyashyize mu kaga abasivili gishyira ibirindiro n’intwaro mu duce dutuwe turimo amashuri n’ibitaro kubera ko cyashakaga guhagarika igitero […]

Le Rwanda dĂ©ment le rapport des experts de l’ONU sur la RDC

Le Rwanda a dĂ©menti un rapport du Groupe d’experts des Nations Unies affirmant qu’il existe des “preuves solides” que les troupes rwandaises ont combattu aux cĂ´tĂ©s du groupe rebelle M23 dans l’est de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo et lui ont fourni des armes et un soutien. Le Rwanda a dĂ©clarĂ© qu’il ne pouvait pas […]

Goma: Abaherutse kwicirwa mu myigaragambyo yamagana MONUSCO barashyingurwa kuri uyu wa Gatanu

Abantu 13 baguye mu myigaragambyo yo kurwanya MONUSCO yabaye ku ya 25 na 26 Nyakanga mu mujyi wa Goma barashyingurwa kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 5 Kanama. Visi-Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru yabitangaje ku wa gatatu ushize nyuma yo guhura n’intumwa z’imiryango y’abahohotewe ndetse n’abayobozi b’imiryango y’abenegihugu, yatangije iyo myigaragambyo yavuzwe yokwamagana MONUSCO. Icyari kigamijwe […]

Gasabo: Abagabo 3 bashinjwa kwica umugore w’umwe muri bo bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro muri iki cyumweru rwasomye icyemezo ku ifungwa ry’agateganyo dosiye iregwamo abagabo batatu Ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake. Urukiko rwemeje ko abaregwa bakurikiranwa bafunzwe by’agateganyo mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Ku itariki ya 07/07/2022 nibwo abaregwa bacuze umugambi wo kwica UMUHIRE Francine, umugore w’umwe muri abo bagabo, bakaba barabanaga mu […]

Canada yasabye u Bufaransa umupadiri w’imyaka 93 ushinjwa gusambanya abana b’abasangwabutaka

Minisitiri w’ubutabera muri Canada, David Lametti, yemeje ko Canada yasabye kohererezwa umupadiri w’Umufaransa ushinjwa gusambanya abana b’abasangwabutaka mu myaka irenga 30 ishize. Mu ibaruwa yandikiwe AFP, Lametti yirinze gutanga amakuru arambuye agira ati: “Nzi ko icyifuzo cyo kumutwoherereza cyatanzwe mu Bufaransa cyashyizwe ahagaragara, abayobozi ba minisiteri bakaba barabyemeje.” “Ni ngombwa kuri Canada n’abafatanyabikorwa bayo mpuzamahanga […]

Umushinga wo guhuriza hamwe ibyangombwa by’ingenzi ku indangamuntu warahagaritswe

Umushinga wo guhuriza hamwe ibyangombwa by’ingenzi ku indangamuntu warahagaritswe, kuko hari ibyo amategeko atemera ko bihuzwa nk’uko byatangajwe n’Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Irangamuntu (NIDA). Ibikoresho byari byaraguzwe kubera uyu mushinga bizakomeza kwifashishwa mu kazi ka buri munsi k’iki kigo, cyane ko gikataje mu ikoranabuhanga nk’uko NIDA ikomeza ivuga. Mu 2006 nibwo guverinoma yemeje ishyirwaho ry’indangamuntu […]

London: Liz Truss natorwa azagurira mu bindi bihugu politiki nk’iyo kohereza abimukira mu Rwanda

Liz Truss ufite amahirwe yo kuba Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, yavuze ko natorwa “azashyigikira kandi akagurira mu bindi bihugu ” politiki ya guverinoma yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda. Iyi politiki yateje impaka cyane, yatangijwe na guverinoma iriho ubu, yagejejwe no mu nkiko nyinshi kandi bamwe barayamagana barimo imiryango irengera impunzi. Abahatanira kuyobora ishyaka […]

Les forces de sécurité rwandaises et de la SADC sauvent plus de 600 otages

fzs-n19xeaa3fm0.jpg

Les forces de sĂ©curitĂ© rwandaises aux cĂ´tĂ©s de leurs homologues mozambicains et des forces de la CommunautĂ© de dĂ©veloppement de l’Afrique australe (SADC) ont secouru plus de 600 otages Ă  Cabo Delgado. Selon un communiquĂ© publiĂ© par les Forces de dĂ©fense rwandaises le 2 aoĂ»t, le dĂ©veloppement fait suite au lancement d’opĂ©rations offensives visant Ă  […]

Perezida Zelensky arifuza kuganira n’u Bushinwa yizera ko bushobora guhagarika u Burusiya

Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Ukraine, Vladimir Zelensky, yatangaje ko yifuza kuvugana n’umuyobozi w’u Bushinwa, Xi Jinping, mu gihe asaba Beijing gukoresha ingufu z’ubukungu na politiki mu guhagarika amakimbirane mu gihugu cye. Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Morning Post y’u Bushinwa, Perezida Zelensky yavuze ko atigeze avugana n’umuyobozi w’u Bushinwa kuva u Burusiya bwatangiza […]

Karongi: Umukobwa ukurikiranweho kwica umwarimu yasabiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 02 Kanama 2022, Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwaburanishije mu ruhame aho icyaha cyakorewe umukobwa wakekwagaho icyaha cyo kwica umugabo wari umwarimu, Ubushinjacyaha bumusabira gufungwa burundu. Icyaha uregwa ashinjwa cyakozwe ku itariki ya 28 Kamena 2022 ahagana saa sita z’amanywa (12h00) mu Mudugudu wa Nyabiranga, Akagari ka Muhororo mu […]

Umujyi wa Kigali ugiye kongera guhagurukira ba nyiribibanza bitabyazwa umusaruro

Abayobozi b’Umujyi wa Kigali bavuze ko bagiye kongera kubarura ubutaka buri mu mujyi butabyazwa umusaruro, batanga umuburo ko itegeko rizakora akazi karyo ku bazasanganwa amakosa. Itegeko rya 2013 rigenga imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda riteganya gufatira ubutaka buri mu mijyi, mu gihe bumaze imyaka itatu ikurikiranye budakoreshwa. Iyo bufatiriwe, umutungo ugurishwa ku wabasha kuwukoresha binyuze mu […]

RDC: Perezida Tshisekedi yazamuye mu ntera umuyobozi w’umutwe ushinzwe kumurinda

Perezida FĂ©lix Tshisekedi , wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yazamuye Umuyobozi w’umutwe ushinzwe kumurinda Tshiwewe Songesha Christian ku ipeti rya Liyetona Jenerali nk’uko bigaragara mu iteka rya perezida ryasomwe ejo ku wa Gatatu, itariki ya 3 Kanama, kuri televiziyo y’igihugu n’umuvugizi w’umukuru w’igihugu, Kasongo Mwema. Uyu mugabo wizerwa n’umukuru w’igihugu yagizwe umuyobozi w’umutwe ushinzwe […]

U Bushinwa bwatangiye imyitozo ya gisirikare yagutse mu bice bitandatu bikikije Taiwan

web-1000x562-taiwan-china-taipei.jpg

U Bushinwa bwatangiye imyitozo yagutse ya gisirikare yo mu nyanja no mu kirere hafi y’Ikirwa cyiyobora cya Taiwan, nyuma y’amasaha make Perezida w’inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Nancy Pelosi, avuye mu murwa mukuru wa Taiwan, Taipei, mu ruzinduko rwarakaje Beijing. Ibitangazamakuru bya Leta byatangaje ko imyitozo irimo gukoreshwamo amasasu ya nyayo […]

Des enseignants zimbabwéens attendus au Rwanda prêt pour les entretiens finaux

Près de 500 enseignants zimbabwĂ©ens devraient passer leurs derniers entretiens la semaine prochaine Ă  Harare, une dĂ©cision qui les verrait se rendre au Rwanda en septembre. Le dĂ©veloppement, dans le cadre d’un accord d’Ă©change de personnel Ă©ducatif signĂ© entre les deux pays au dĂ©but de cette annĂ©e, fait suite Ă  une demande faite par le […]

Guverinoma ya RDC irifuza ko Umuvugizi wa MONUSCO ava ku butaka bw’igihugu byihuse

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yavuganye n’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri iki gihugu (MONUSCO) kugira ngo umuvugizi wayo, Mathias Gillman, ahave byihuse. Mu ibaruwa yandikiwe MONUSCO, guverinoma, ibinyujije muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, iranenga umuvugizi w’ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye kuba yaravuze amagambo “adafite ishingiro kandi adakwiye” yabaye intandaro y’umwuka mubi wateje impfu z’abantu […]

Bamwe mu bakekwaho kuzavamo umuyobozi mushya wa Al Qaeda uzasimbura al-Zawahiri

Abayobozi i Washington bavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziherutse kwica umuyobozi wa al Qaeda, Ayman al-Zawahiri, zikoresheje misile ya drone ubwo yari ahagaze ku ibaraza ry’iwe mu mujyi wa Kabul, muri Afghanstan. Kuri ubu, impuguke zatangiye gutekereza kuri bamwe mu bantu bashobora kuzavamo umusimbura wa al-Zawahiri ku buyobozi bwa Al Qaeda. Saif Al-Adel […]

Kibira: Imbonerakure 4 n’Abanyarwanda 2 bafatiwe mu bucukuzi butemewe bwa zahabu

Ku wa Gatanu ushize, Imbonerakure (Urubyiruko rwa CNDD-FDD) enye n’Abanyarwanda babiri bafatiwe mu kirombe cya zahabu mu ishyamba rya Kibira. Ni ku musozi wa Kibande muri zone na Komini ya Mabayi mu Ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi). Bashinjwa gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe no kwangiza ibidukikije, bakaba bajyanywe i Bujumbura, umurwa […]

Mali yahaye ingabo z’amahanga amasaha 72 yo kuba zavuye ku birindiro biri ku Kibuga cy’Indege cya Bamako

Mali yahaye ingabo z’amahanga amasaha 72 yo kuba zivuye mu birindiro byo ku kibuga cy’indege cya Bamako, byakoreshwaga nk’ububiko bw’ibikoresho by’abasirikare b’amahanga, harimo n’aba Loni. Iyi nyirantarengwa (ultimatum) ije nyuma y’ibyumweru bike hafashwe abasirikare 49 bo muri Cote d’Ivoire bafitanye isano n’iki kigo. Ibaruwa yemewe ubuyobozi bw’ibibuga by’indege muri Mali, yabonwe na AFP, bwandikiye Sahel […]

Leta irashaka ko abanyeshuri bose bazajya babona ifunguro ku mashuri

Abanyeshuri bose mu Rwanda, haba mu mashuri abanza n’ayisumbuye, bazatangira kubona ifunguro rya saa sita ku mashuri guhera mu gihembwe gitaha nk’uko guverinoma ibyifuza. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’intebe, Dr. Edouard Ngirente ubwo yerekanaga ingamba z’igihugu zo guhindura ibintu imbere y’Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi. Yavuze ko kugira ngo iyi gahunda igende neza, amafaranga guverinoma […]

Ubuhinzi bukwiye guhaza Abanyarwanda bugakorwa hanitegurwa guhangana n’ibibazo bishobora guturuka hanze – Perezida Kagame

fzkcwwjx0aex7s-.jpg

Mu ijambo rye yagejeje ku bitabiriye umuhango wo kurahiza abayobozi bashya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko ubuhinzi bw’u Rwanda bukwiye kugera ku rwego rwo guhaza Abanyarwanda kandi bugakorwa hanitegurwa guhangana n’ibibazo bishobora guturuka hanze bituma ibiribwa byabura ku masoko. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 02 Kanama 2022 nibwo umukuru w’igihugu yakiriye indahiro za […]

U Bushinwa bwagotesheje Taiwan amato y’intambara yabwo nyuma y’uruzinduko rwa Pelosi

ap22214205021752-dc27fdd193af1786c9103753d179a9a6dfc93dac-s1100-c50.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, Minisiteri y’Ingabo y’u Bushinwa yatangaje ko ingabo zayo zizakora imyitozo hamwe n’igerageza rya misile hirya no hino mu nkengero za Taiwan mu rwego rwo gusubiza uruzinduko rwa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Nancy Pelosi, wageze muri Taiwan kuwa Kabiri, nyamara yari yihanangirijwe na Beijing. Minisiteri y’ingabo […]

MONUSCO igiye kuburanishiriza mu ruhame abasirikare bayo bishe abaturage

Monusco iravuga ko igiye kuburanisha mu ruhame abasirikare bayo baherutse kurasa bakica abantu bane i Kasindi, muri Kivu y’Amajyaruguru. Muri uru rubanza, urukiko rwo muri Tanzaniya ruzoherezwa ku butaka bwa Congo kugira ngo rutegure uru rubanza imbere y’abahohotewe cyangwa abavandimwe babo ndetse n’abatangabuhamya. Urubanza ruzabera i Kasindi cyangwa Beni. Byongeye kandi, abasirikari ba Tanzaniya bari […]

Uvira: Amazu 500 yarengewe n’amazi nyuma y’imvura ikaze

Amazu arenga 500 yarengewe n’umwuzure nyuma y’aho amazi y’umugezi wa Mulongwe arengereye akisuka mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa Mbere, itariki 1 Kanama 2022. Nk’uko umujyi wa Uvira ubitangaza ngo iki kiza cyatewe n’imvura nyinshi yaguye muri kariya gace ka Kivu y’Amajyepfo. Yagaragaje ko abaturanyi bibasiwe […]

Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burusiya rwemeje ko Batayo ya Azov ari umutwe w’iterabwoba

Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko Urukiko rw’Ikirenga muri iki gihugu rwemeje ko Batayo ya Azov – y’abakorerabushake bafasha igisirikare cya Ukraine ari umutwe w’iterabwoba, wemerera abawugize igihano kirekire. Urukiko rwanzuye “kwemeza umutwe witwara gisirikare wo muri Ukraine, Azov, nk’umutwe w’iterabwoba no guhagarika ibikorwa byawo ku butaka bw’u Burusiya”, ibi bikaba byatangajwe n’umucamanza nk’uko bitangazwa […]

RDC: Imfungwa zatorotse Gereza ya Lisala nyuma yo gusenya urukuta rwubatswe mu gihe cy’ubukoloni

Mu ijoro ryo ku cyumweru itariki ya 31 Nyakanga rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Kanama, imfungwa 18 zatorotse gereza nkuru ya Lisala, umurwa mukuru w’Intara ya Mongala. Abatorotse bashoboye gusenya urukuta rwa gereza, rwubatswe mu gihe cy’abakoloni rumaze hafi ikinyejana. Umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri Leta, Action des jeunes pour le bien-ĂŞtre social (AJBS), […]

Les enseignants du primaire obtiennent une augmentation de salaire de 88%

Les enseignants du primaire devraient recevoir une augmentation de salaire de 88 %, tandis que les enseignants du secondaire recevront une augmentation de 40 %, Ă  compter d’aoĂ»t 2022. Le dĂ©veloppement fait partie des incitations visant Ă  amĂ©liorer les moyens de subsistance des enseignants. Le Premier ministre Edouard Ngirente a annoncĂ© le dĂ©veloppement le lundi […]

Abaminisitiri bashya bashyizweho na Perezida wa Repubulika bagiye kurahira

Abaminisitiri bashya baheruka gushyirwaho na Perezida wa Repubulika, Eric Rwigamba ushinzwe ishoramari rya Leta no kwegurira abikorera ku giti cyabo ibigo bya leta na Ildephonse Musafiri, Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi biteganijwe ko baza kurahira kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Kanama. Umuhango wo kurahira urabera mu Nteko kandi biteganijwe ko uza […]

Bobi Wine na Kizza Besigye bongeye gushimangira ubufatanye mu guhangana na Museveni

fzgpco7x0ail87u.jpg

Nyuma yo gukubitwa inshuro bitavugwaho rumwe mu matora yo kuziba icyuho y’umudepite uzahagararira Soroti y’iburasirazuba usimbura uwagiye, mu cyumweru gishize, abayobozi b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Kizza Besigye na Robert ‘Bobi Wine’ Kyagulanyi batangaje ko bagiye guhuriza hamwe imbaraga mu gushakisha uburyo bushya bwo guhindura ubutegetsi. Kuri uyu wa Mbere mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye kuri […]

Ikosa rimwe gusa rishobora kuzarimbura Isi hakoreshejwe intwaro kirimbuzi – Loni

interactive-world-nuclear-club.jpg

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, kuri uyu wa Mbere yatangaje ko ikosa rimwe gusa ryakorwa riturutse ku ntambara yo muri Ukraine cyangwa muri Aziya no mu Burasirazuba bwo Hagati rishobora kurimbura Isi hakoreshejwe intwaro za kirimbuzi. Kuri uyu wa mbere, ku cyicaro cy’Umuryago w’Abibumbye, Antonio Guterres yatanze umuburo uteye ubwoba ubwo hafungurwaga inama yari […]