Sinzahunga kandi sinteganya no kujya mu bwihisho-Agathon Rwasa

Umuyobozi w’Ishyaka CNL, Agathon Rwasa yabeshyuje amakuru yavugaga ko ashobora gufata iy’ubuhungiro bitewe n’igitutu n’iterabwoba bikorerwa abatavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD. Mu kiganiro n’abanyamakuru I Bujumbura ku Cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo, Rwasa yavuze ko adateganya guhunga cyangwa ngo ajye kwihisha, ahubwo ko yiteguye kuzahangana mu matora ya perezida ateganyijwe mu […]

Gisagara: Kwenga ibitoki bisaba kubimenyesha Mudugudu

Bamwe baturage bo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara bavuga ko iyo bagiye kwenga ibitoki byabo bagomba kubimenyesha umukuru w’umudugudu ngo abahe uburenganzira. Babwiye TV na Radio 1 ko iki ari ikibazo kuri bo kuko babifata nko kwamburwa uburenganzira ku bitoki byabo batinya kwitwa ko bari mu benga ibikwangari. Abaturage bavuga ko “ […]

Kagame believes Rwanda and Uganda tensions will be solved harmoniously

Rwandan President Paul Kagame isi still optimistic that two years frosty relation between Rwanda and Uganda will be solved in harmonious manner. Both countries witnessed bilateral standoff since 2017 ‘If things were addressed properly and issues resolved, it would be for the good of everyone. Everyone benefits, so why not remain optimistic? At some point, […]

Abaturage barataka igihombo baterwa no kutamenya igishushanyo mbonera

Bamwe mubaturage batuye mu karere ka Musanze bavuga ko babangamiwe no kutamenya igishushanyo mbonera cy’umugi batuyemo kigendanye n’icyerekezo. Ibi ngo bibagiraho ingaruka zibateza igihombo gikomeye nko gusenyerwa inzu. Umwe muri bo Mwizere Emmanuel utuye mu murenge wa Cyuve, ukora ubucuruzi, avuga ko atazi igishushanyo mbonera cy’umugi wa Musanze. Ati “ Njyewe njya nganira na bamwe […]

Ifoto y’umunsi: Perezida Nkurunziza na ‘machine gun’ mu ntoki, amadarubindi n’ingofero ireba inyuma

ejcda8dwsaixqj3.jpg

Hari ifoto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter igaragaza Perezida Nkurunziza Pierre w’Uburundi afite mashingani (machine gun) mu ntoki, yambaye amadarubindi n’ingofero ireba y’abasitari ireba inyuma. Nkurunziza akikijwe n’abandi basirikare b’inyeshyamba babiri. Impuguke muri politiki mpuzamahanga akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bagize icyo bavuga kuri iyi photo. Yavuze ko ” […]

Haribazwa niba u Rwanda ruzitabira imikino y’inteko z’ishinga amategeko za EAC muri Uganda

Abategura imikino y’abagize inteko ishinga amategeko z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bavuga ko bataramenya niba u Rwanda ruzitabira iyi mikino iteganyijwe gutangira kuwa 7 Ukuboza 2019. Umuyobozi ushinzwe gutegrura iyi mikino, Gideon Gatpan yabwiye abanyamakuru ku wa 15 Ugushyingo ko batarategura uko amakipe azahura (fixtures) bitewe n’uko u Rwanda na Sudani y’epfo bataratangaza […]

Umuyobozi wungirije wa Kaminuza ya UTAB yirukanwe ku kazi

dvcaf.jpg

Prof. Dr. Padiri Nyumbayire Faustin wari Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubumenyi (UTAB) yirukanwe kuri uwo mwanya. Mu ibaruwa yo kuwa 28 Ukwakira yandikiwe Mgr. Servianus Nzakamwita, uhagarariye iyi kaminuza mu rwego rw’amategeko, Bwiza.com ifitiye kopi, ivuga ko Prof. Nyumbayire yasezerwe ku kazi ku bwo kutumvikana n’umwungirije ushinzwe imari, iterambere n’imiyoborere, Niyibizi Mbabazi Justine. Ni […]

Tanzania yahombye miliyoni 437 z’amadolari zavaga mu bunyobwa

Leta ya Tanzania yahombye miliyoni 437 zavaga mu kohereza hanze ubunyobwa ugereranyije no mu Gushyingo 2018. Imibare itangwa na Banki Nkuru ya Tanzania (BoT), igaragaza ko iki gihugu mu Gushyingo 2018 cyari cyaramzae kwinjiza miliyaridi y’amadolari ya Amerika. Gusa ubu bamaze kwinjiza miliyoni 563.5 ziva mu kohereza ubunyobwa. BoT ivuga ko iki gihombo cyaturutse ku […]

Gasabo: Umuturage avuga ko yarebwe nabi n’abaturage ku bwo gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

_dsc2889.jpg

Umuturage wo mu mudugudu wa Nyange mu Kagari ka Gatunga mu Murenge wa Ndoba mu Karere ka Gasabo, Christopher Sinamenye avuga ko abaturage bo mu gace atuyemo bamureba nabi nyuma yo gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abasihwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bavuga ko ibyo yakoze bizatuma hari abafungwa. Ibi yabitangarije mu nama yahuje abahuguwe […]

Rwanda clarifies request to cancel second bilateral meeting with Uganda

Rwanda has explained reasons behind a request to postponement of the second meeting of the AdHoc Commission to review the implementation of the Luanda Agreement which was scheduled for November 18 in Kampala. The Minister of State for Foreign Affairs in charge of East African Community Amb. Olivier Nduhungirehe told KT Press that several members […]

Nigeria: Abashakanye basabwe kuzajya batanga umusoro

Umuyobozi mu cyaro cya Kera mu Ntara ya Kano muri Nigeria, Ado Sa’id yasabye abaturage bashakanye kuzajya abatanga umusoro ungana n’amadolari ya Amerika 377. Ado yavuze ko aya mafarnaga azasimbura ayatangwaga nk’inkwano kugira ngo abasore n’inkumi bakomeze gushakana. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’aho uyu muyobozi abonye ko amezi ane yihiritse nta bukwe butashye muri ako […]

Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu

Uhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi. Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji. Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya. Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la […]

Ibibazo by’u Rwanda na Uganda nta ngaruka bizagira kuri EAC

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda avuga ko ibibazo by’umubano mubi hagati y’u Rwanda nta ngaruka bizagira ku migambi y’Umuryango wa Afurika y’Iburasrazuba (EAC). Rugunda ibi yabibwiye abadepite kuri uyu wa 15 Ugushyingo bamubaza impamvu abanyamahanga bisanga muri Uganda, ariko Abanya-Uganda bakaba badafatwa neza mu bindi bihugu. Chimpreports ivuga ko yabwiye abadepite ko imigambi nk’iyo […]

FARDC yerekanye intwaro ya rutura yasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA

logo-2.jpg

Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) zibarizwa muri SOKOLA II, na Hibou Special Force zerekanye imbunda nini yo mu bwoko bwa 122 ndetse n’izindi mbunda n’amasasu menshi zasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA, zayoborwaga na Brig. Gen. Afrika Jean Michel uherutse kwicwa. FARDC ku bufatanye n’abaturage kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ugushyingo, yavumbuye ububiko bune […]

Gen. Alex Kagame avuga ko abagabye igitero mu Bweyeye bavuye “mu gihugu cy’abaturanyi”

Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Uburengerazuba, Gen. Maj. Alex Kagame avuga ko igitero giherutse kugabwa mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi cyakomwe mu nkokora n’ingabo z’igihugu ariko ko abakigabye bavuye mu gihugu cy’igituranyi atavuze izina. Mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu tariki 8 Ugushyingo 2019 mu kagari ka Ninzi ko mu Murenge […]

Uganda: Abapolisi basaga 90 batorotse imyitozo

Polisi ya Uganda yategetse ko abapolisi 91 batabwa muri yombi kugira ku bwo gutoroka imyitozo (amafunzo) yaberaga ahitwa Kyabalye mu Karere ka Masindi. 80 mu batorotse ni abari boherejwe muri iyo myitozo ngo babe abigisha (instuctors). Itangazo ryo kuwa 11 Ugushyingo ryashyizweho umukono na ACP Emmanuel Muheirwe, riragira riti “ Aba bantu babuze ku kazi […]

Ni iki gituma kompanyi z’Abashinwa ziganje ku isoko ryo mu Rwanda

Hirya no hino mu Rwanda hagenda hagaragara ibikorwaremezo byinshi nk’imihanda na zimwe mu nyubako bitwara akayabo byubakwa mu Rwanda by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, biba biri kubakwa n’Abashinwa. Abantu benshi bumvikana bibaza impamvu aya masoko yinjiza akayabo aba yahariwe Abashinwa. Amakompanyi y’ubwubatsi y’Abanyarwanda, n’abafundi bo mu Rwanda bavuga ko impamvu batabona akazi usanga Abashinwa bafite […]

Ushaka kuduhungabanyiriza umutekano bizamuhenda-Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwiteguye guha akazi k’uwo ari we wese washaka guhungabanya umutekano warwo. Mu ijambo rye ubwo yarahizaga abayobozi batandukanye barimo n’abagisirikare, yavuze ko uzahirahira agerageza guhungabanya umutekano w’u Rwanda, bizamuhenda. Ati “ Tugiye kuzamura ikiguzi cyose byasaba, ku bantu bose bashaka guhungabanya umutekano wacu. […]

Umubyeyi wa Meya wa Bugesera yamusanze mu biro amutunguye amubaza ikibazo gitangaje

hagati.jpg

Umubyeyi w’Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi ku yamusanze mu biro bye nk’abandi baturage bose agira ngo hari ikibazo afite aje gushyikiriza ubuyobozi, ahubwo we amubaza igihe ari bugire gufata ifunguro. Meya Mutabazi abinyujije kuri Twitter yashyize hanze amafoto yasuwe na mama we, aho yavuze ko yamusuye bitunguranye. Meya Mutabazi ari kuganira n’umubyeyi we Mutabazi […]

Kigali City to own over 50 idle plots of land

City of Kigali management has revealed a plan to take possession of state owned or individuals’ 50 idle plots of land as well as incomplete residential and commercial buildings. During a press conference held yesterday, Kigali leadership revealed a plan to take possession of such ideal properties in order to maintain cleanliness and implement law […]

Rwanda: Mtihani wahairishwa baada ya wanafunzi kupatiwa mtihani wa siku nyingine

Mtihani wa masomo ya muziki umehairishwa baada ya wanafunzi wa Shule la Nyundo kulalamika kwamba wamepatiwa mtihani wa siku nyingine. Hilo lilitokea tarehe 12 Mwezi Novemba, siku ya kwanza ya mtihani wa taifa nchini Rwanda. Kiongozi wizarani ya Elimu, Dkt. Valentine Mujawamariya amesema mtihani umerudishwa mjini Kigali na mtihina mingine imerudishwa ili kufanyiwa uchunguzi. Kumeamua […]

Ibibazo by’u Rwanda na Uganda bizakemurwa n’abaperezida bombi- Minisitiri Kivejinja

Minisitiri w’Intebe wa kabiri Wungirije wa Uganda ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Kirunda Kivejinja avuga ko uyu muryango nta ruhare uzagira mu gukemura umubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda, ko ahubwo abaperezida b’ibihugu byombi ari bo bazabikemura. Kivejinja yabwiye abanyamakuru kuwa Gatatu ko umuti ku mubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda uzashakirwa umuti […]

Abakozi ba BK bavuga ko ATM yanyereje Frw miliyoni zisaga 140

Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cy’amafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari amakosa yakozwe na ATM. Aba bakozi ba Banki bakurikiranyweho guteza iki gihombo ni umubyeyi w’abana bane Mukasine Jeanine na Nsengiyumva Jean de Dieu. Aba bakaba baratawe muri […]

Gasabo: Umuryango w’abantu barindwi urara hanze aho unyagirwa n’imvura

Umuryango w’umugabo n’umugore n’abana batanu uherutse kugurishirizwa inzu mu cyamunara,mu Murenge wa Nduba ho mu karere ka Gasabo uri kurara ku gasozi uhanyagirirwa n’imvura. Uyu muryango nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bivuga, uratakambira ubuyobozi ngo buwufashe kubona aho barambika umusaya dore ko bari kunyagiranwa abana 5 ngo kuko ntaho bafite ho kwerekeza. […]

Igiciro cy’ikawa cyaragabanutse bikabije kandi abayikenera biyongera

Igiciro cy’ikawa cyaraguye mu myaka itatu ishize ku Isi yose. Ni mu gihe abyinywa bo bagiye biyongera. Umuryango Mpuzamahanga w’ Ikawa (ICO) kivuga ko ikawa nka arabia na robusta zatakaje agaciro ku gipimo cyo hejuru cya 40% ku buryo ari ubwa mbere byabaho mu mateka. Ibi ngo byateje ikibazo abahinzi ba kawa bo muri Burazili, […]

Domestic worker found dead in Kigali

A domestic worker identified as Florence, 19, in Kiyovu cell, Nyarugenge sector of Nyarugenge District in Kigali city has been found dead in the kitchen, suspected to have died of suffocation from a heater. The death of the girl hailing from Huye district was known on Monday evening. She was working at the home of […]

Hari abadepite badakozwa ibyo kugura ikoranabuhanga ryafasha mu kumenya ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside

Bamwe mu badepite babwiye Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ko nta mafaranga akwiriye gukoreshwa mu kugura ibyuma by’ikoranabuhanga byakwifashishwa mu kwerekana ahari imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 kandi hari abantu babitse ayo makuru. CNLG kuwa Kabiri tariki ya 12 Ugushyingo yari yagejeje igitekerezo ku badepite n’abasenateri ubwo yabagezagaho raporo imigabo n’imigambi […]

Uganda ikwiriye kurwanya magendu iwayo aho kutishima igihe turinze umutekano wacu-Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye bwiza.com ko Uganda ikwiriye kurwanya magendu ku ruhande rwayo, aho kwijujuta igihe u Rwanda rwagize icyo rukora ngo rurinde umutekano warwo. Amb. Nduhungirehe avuga ku itangazo Uganda yashyize hanze yikoma u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo babiri barashwe […]

Bamwe mu banya-Kenya bashinjwa kwiba banki yo mu Rwanda bakurikiranweho ibindi byaha iwabo

Abagabo babiri; Reuben Kirongothi Mwangi na Eric Dickson Njagi Mutegi bari mu bandi umunani bakomoka muri Kenya bafungiwe mu Rwanda bakurikiranweho kwiba Banki ya Equity basanzwe bakurikiranweho ibindi byaha mu gihugu cyabo nk’uko Standard Media dukesha iyi nkuru ibitangaza. Aba bagabo babiri bakurikiranweho kugerageza kwiba banki ebyiri zo muri Kenya gusa ngo baje mu Rwanda […]

Nyabihu: Abahinzi bavuga ko uruganda rutunganya ibirayi rutakemuye ikibazo cyabo

Uruganda rwitwa Nyabihu potato Company rwafunguwe mu mwaka wa 2015 ruje gukemura ikibazo cy’abahinzi b’ibirayi bezaga umusaruro mwinshi ukabura isoko bagahora mu gihombo.Byari biteganyijwe ko rujya rwakira toni icyenda z’ibirayi ku munsi ariko abahinzi bavuga ko rutarenza toni enye mu kwezi,ibintu babona ko bitabakemuriye ikibazo cyo kubura aho bagemura umusaruro wabo. Aba bahinzi babwiye Rwandatribune […]

Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo

1.jpg

Leta ya Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo; Job Byarushanga na Jon Bosco Tuheirwe barasiwe mu bice byegereye umupaka uhuza ibihugu byombi ariko ku ruhande rw’u Rwanda mu Murenge wa Tabagwe, mu Karere ka Nyagatare. Itangazo ryamagana ryashyizwe hanze na Uganda kuri uyu Kabiri tariki ya 13 Ugushyingo ryahawe Ambasaderi w’u Rwanda muri […]

Uganda: Umugore akurikiranweho guhamba umwana we ari muzima

Umugore wo mu Karere ka Apac akurikiranweho guhamba umwana we w’umuhungu w’amezi abiri wari muzima. Uyu mugore w’imyaka 19 kuwa Mbere w’iki cyumweru yacukuye imva ashyiramo umwana yibyariye nk’uko abo muri ako gace babivuga. Uyu mubyeyi yafashe uyu mwanzuro nyuma y’aho ababyeyi be bamwimiye ibiryo bamuziza ko yabyaye “ikinyendaro.” Patrick Okello yabwiye The Daily Monitor […]

Uganda: Opozisiyo yatangiye gushaka imikono izayifasha kugeza Museveni muri ICC

Abo muri opozisiyo muri Uganda bibumbiye Leta y’Abaturage batangiye gushaka imikono y’abaturage yazatuma bageza Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni mu rukiko mpuzamahanga (ICC) ruri mu Buholandi. Abo muri Leta y’Abaturage mu cyumweru gishize bavuze ko kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2019, ku biro byayo biri ku muhanda wa Katonga, ko batangira kwakira imikono y’abaturage bifuza […]

Imirambo y’Abagande babiri baherutse kurasirwa mu Rwanda igiye kujyanwa muri Uganda

kkk.png

Imirambo y’abagabo b’Abagande; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe baherutse kuraswa na Polisi y’u Rwanda (RNP) ubwo ‘binjizaga magendu y’itabi mu Rwanda, igiye gusubizwa muri Uganda kuri uyu wa 12 Ugushyingo uyu mwaka. Aba baturage bo muri Kamwezi, mu Karere ka Rukiga, barashwe ku cyumweru tariki ya 10 Ugushyingo 2019, bikaba biteganyijwe ko basubizwa iwabo […]

U Rwanda rwaciye ku isoko ibicuruzwa birindwi bisigwa ku mugati byo muri Kenya

Leta y’u Rwanda yahagaritse ku isoko ibicuruzwa birindwi bisigwa ku mugati bikomoka muri Kenya. Kuwa 4 Ugushyingo, nibwo Kenya nayo yari yahagritse izi bata zirimo: Truenutz ya Truenutz Kenya, Fressy ya Fressy Food Company Limited Supa Meal ya Supacosm Products Limited, Nuteez ya Jetlak Foods Limited, Sue’s Naturals ya Nature’s Way Health, Zesta ya Trufoods […]

Illegal goods worth Rwf 80 millions seized in six day security operation

Joint operations conducted by law enforcement agencies and other institutions have arrested at least 46 people suspected of trading in counterfeit, expired, illicit, stolen and smuggled goods. They were arrested in a six-day operation dubbed ‘Operation Usalaama VI’ conducted between October 30 and November 4, during which illegal goods worth over Rwf80 million were seized […]

Kanyinya na Kigali: Bambukira umugezi wa Nyabugogo ku matiyo

Abaturage bo mu Mirenge ya Kanyinya na Kigali mu Karere ka Nyarugenge bambuka umugezi wa Nyabugogo banyuze hejuru y’amatiyo y’amazi, banga kuzengruka kuko nta kiraro kibegereye. Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ruyenzi mu Kagari ka Nzove no mu Mudugudu wa Kamenge wo mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali, bambuka umugezi wa […]

Iyo abantu bari mu bujiji, nta makuru bafite bayoborwa nk’intama-Dr Murenzi

Inzobere mu mitegekere n’ubutegetsi, Dr Phanuel Murenzi avuga ko igihe abaturage benshi nta makuru bafite bishobora gutera ikibazo ku buryo bashobora kuyoborwa nabi cyangwa se n’abafite inyigisho zbayobya bakaba babyuriraho. Dr Murenzi yabwiye RBA dukesha iyi nkuru ko kuba hari Abanyarwanda benshi banyomoza amakuru atari yo ku mbugankoranyambaga bigaragaza uburyo bakunze igihugu cyabo ndetse ko […]

Turkey congratulates Minister Biruta

Turkey’s Foreign Minister Mevlut Cavusoglu on Monday congratulated his new Rwandan counterpart Vincent Biruta for taking the office. In a phone conversation, Cavusoglu congratulated Biruta for assuming the office. Biruta, who was previously serving as environment minister, was appointed new foreign minister — to replace Richard Sezibera — on the Nov. 4 by Rwanda’s President […]

Kusini: Mfanyakazi wa hosipitali atuhumiwa kumuua kijana anayeuza ‘air time’

Mfanyakazi wa hosipitali ya CHUB kusini mwa Rwanda, Ntawuhiganayo Narcisse amekamatwa kwa kutuhumiwa kumuua, Felix Iriboneye kijana wa miaka 28 aliyekua muuzaji wa airtime karibu na hospitali. Malehemu aliuawa kwa kutumia kamba na kumfunga mikono kama mwenzake Ntawukuriryayo, aliambia gazeti la Umuseke. Msemaji wa Ofisi ya Uendeshamashtaka nchini (RIB), Marie Michelle Umuhoza amehakikisha habari hizo […]

Umuhanda uhuza Gakenke na Nyabihu watangiye kwangirika nyuma y’igihe gito wubatswe

Abaturage bo mu Karere ka Gakenke bavuga ko umuhanda uturutse ku karere ukanyura mu Mirenge ya Gakenke, Janja na Muzo ukanahuza aka karere n’aka Nyabihu muri Vunga wamaze kwangirika nyuma y’imyaka ibiri yubatswe. Abaturage babwiye Radio na Tv1 ko uyu muhanda watangiye kwangizwa n’amazi y’imvura atarakorewe inzira zikwiriye yanyuramo. Bavuga ko amazi “ abura inzira […]

Kenya: Hatahuwe ko kawunga barya irimo uburozi

Iperereza rya televiziyo NTV yo muri Kenya ryerekanye ko kudakurikirana kw’ababishinzwe byatumye abakora ifu y’ibigori (kawunga) bakora irimo uburozi bwitwa aflatoxin ikajya ku isoko. NTV yabonye amoko 12 anyuranye ya kawunga igurishwa mu gihugu irimo ubu burozi. Aflatoxin ni uburozi buva mu binyabuzima bito (fungi) biza mu busaze bw’igihingwa, bukaba bushobora gutera indwara ya kanseri. […]

Uganda: Polisi yafunze abantu basaga ijana yasanze mu kabari kamwe

Polisi muri Uganda yatangaje ko yafunze abantu 120 bari mu kabari i Kampala bafatanywe ibiyobyabwenge, aka kabari gakunze kujyamo abantu b’amahitamo mpuzabitsina atandukanye (LGBTI). Polisi ivuga ko yahawe amakuru ko hari ibiyobyabwenge bitemewe biri gukoreshwa muri ako kabari. Yoherezayo abapolisi benshi mu gicuku ejo ku cyumweru. Umunyamakuru wa BBC avuga ko abo basanze mu kabari […]

Zimbabwe igiye gushyira hanze amafaranga mashya

Banki Nkuru ya Zimbabwe biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ugushyingo irashyira hanze inoti nshya z’amafaranga y’iki gihugu. Iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kugabanya ibura ry’amafaranga ryibasiye iki gihugu muri iki gihe ubukungu bw’iki gihugu bukomeje kugana aharindimuka. Zimababwe kandi ivuga ko uku gushyiraho inoti nshya z’amadolari abiri n’atanu ntawe bikwiriye […]

Abanyafurika ni bo bonyine bakomeje kwiheza inyuma-Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko kuba Afurika ihera inyuma ugereranyije n’indi migabane nta wundi byabazwa uretse Abanyafrika ubwabo. Ibi yabitangarije mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2019. Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida […]

Gen. Afrika uherutse kwicwa yasanganwe inyandiko zifite amakuru “y’ingenzi”

Uwari Umuyobozi w’Inyeshyamba za RUD-URUNANA, Brig. Gen. Juvenal Musabyimana uzwi nka Afrika Jean Michel yasanganwe inyandiko bivugwa ko zikubiyemo amakuru yiswe ay’ingenzi. Gen. Afrika wavukaga mu Karere ka Nyabihu yishwe nyuma ya saa sita kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2019 mu gitero ingabo zagabye hagati y’agace ka Binza na Makola muri Teritwari ya Rutshuru mu […]

Uburusiya: Umugabo bamusanganye amaboko y’umugore we mu gikapu

Umwarimu w’amateka wa kaminuza uzwi cyane wo mu Burusiya yemeye ko yishe umukunzi we – wahoze ari umunyeshuri we – nkuko umwunganira mu mategeko abivuga, nyuma yo gusangwa ku ruzi afite igikapu cyo mu mugongo kirimo amaboko y’umugore. Oleg Sokolov w’imyaka 63 y’amavuko, yari yasinze yitura mu ruzi ubwo yageragezaga kujugunya ibyo bice by’umubiri mu […]

Gatsibo: Bamaze umwaka n’igice barabuze ubasezeranya mu mategeko

Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu karere ka Gatsibo bavuga ko bamaze umwaka n’igice badasezeranywa mu mategeko, kubera kutagira umunyabanga nshingwabikorwa. Aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kutagira umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge, ari na we usezeranya abagiye kubana byemewe n’amategeko. Umwe yagize ati “ Tekereza kwambuka i Ngarama ugiye gusezeranayo, kandi ngo umurenge wanyu […]

Abagande babiri barasiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda

rnp.jpg

Polisi y’u Rwanda (RNP) ivuga ko abaturage babiri ba Uganda; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe barasiwe mu Murenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare, agace kari hafi y’ u Rwanda na Uganda. Bivugwa ko binjizaga magendu ku butaka bw’u Rwanda banyuze mu nzira zitemewe. Itangazo rya RNP ryo kuwa 10 Ugushyingo rivuga ko ibi […]

Ndashaka guhindura agace k’imirwano kabe ak’ubukungu-Tshisekedi

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangaza ko yifuza guhindura uburasirazuba bw’iki gikugu bwibasiwe n’imirwano mo ahantu hakorerwa ibikorwa by’ubukungu. Mu ruzinduko yagiriye muri Uganda kuva kuwa Gatandatu tariki ya 9 kugeza ku wa 10 Ugushyingo 2019, Tshisekedi yabwiye mugenzi we wa Uganda, Yoweli Museveni ko yasuye Uganda kugira ngo bagire ibyo […]

Rwamagana: Abaturage bavuga ko bajujubijwe n’imbwa zo mu gasozi

Abaturage bo mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana bavuga ko bajujubijwe n’imbwa z’agasozi, batazi ba nyirazo zibarira amatungo magufi arimo ihene, intama, inkoko. Aba baturage bavuga ko izi mbwa zishobora kuba ziza kujugunwa muri ako gace n’abatuye mu Mujyi wa Kigali, uretse kubarira amatungo nabo ubwabo ziba zishaka kubivugana. Umwe muri bo, Claudine […]

Hari abavuze ko ngiye gukorera mu kwaha kwa FPR- Ingabire Victoire

_109593107_dalfaphotoagain.jpg

Uwari umuyobozi w’Ishyaka ritemewe mu Rwanda (FDU-Inkingi) avuga ko hari abavuze ko yashinze ishyaka rishya ryiswe iriharanira iterambere n’ubwisanzure kuri bose (Development and Liberty For All), DALFA – Umurinzi ariko ngo akazakorana bya hafi n’iriri ku butegsi, FPR-Inkotanyi. Yavuze ko n’ubwo hari ababibona batyo, we atari cyo agamije kuko ngo ishyaka DALFA-Umurinzi rigiye gukorera mu […]

Inzego za Leta14 zatunzwe agatoki mu gutanga akazi mu buryo bw’uburiganya

Raporo ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (NPSC) y’umwaka 2018/2019 igaragaza ko hari inzego za Leta 14 zatanze akazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Amakosa menshi nk’uko iyi raporo ibigaragaza, ni ayakozwe mu gushyira abakozi bashya mu myanya aho hari abatarabaga buzuje ibisabwa ariko bagahabwa akazi ndetse no gutanga amanota ku bapiganwa kandi batayakoreye. Ibi byagarutsweho […]

Mu Rwanda hari abana b’imyaka 6 bafite ivanguramoko- NURC

Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) itangaza ko abana bo mu Rwanda bari hagati y’imyaka irandatu kugeza ku icumi bafite ivangura rishingiye ku moko (tribalism). Ibi ni ibyashyizwe hanze na Perezida w’iyi komisiyo, Rtd. Bishop John Rucyahana ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko umutwe w’Abasenateri raporo y’uru rwego y’umwaka wa 2018/2019 kuri uyu wa 6 Ugushyingo […]

DRC: Umugore yafatanwe, amasasu n’imyenda y’abajepe abishyiriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda

ibikoresho.jpg

Polisi ya Congo- Kinshasa yataye muri yombi Umugore witwa Nzigira Aimerance wari ugemuriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda FPP-ABAJYAMUGAMBI amasasu y’ubwoko bw’imbunda ya mashinigani (machine gun) ndetse n’imyambaro ibiri y’abarinda umukuru w’iki gihugu. Amakuru agera kuri Rwandatribune.com dukesha iyi nkuru, umwe mu bayobozi ba Polisi mu gace ka Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru aravuga ko kuri […]

Burundi: Abaturage basaga miliyoni zirindwi barwaye Malariya

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ishami rya Afurika ritangaza ko abaturage basaga miliyoni zirindwi mu Burundi barwaye Malariya. Imibare mishya y’icyumweru cya 44 cy’uyu mwaka ni ukuvuga kuva kuwa 28/10 kugeza 03/11/2019) igaragaza ko Malariya yazamutse ikagera kuri 49% mu Burundi hagereranyijwe n’icyumweru cya 39 cyo 2018. OMS iravuga ko kuva mu kwezi […]

Akarere ka Ngororero kaza ku isonga mu kugira imfu nyinshi z’iseru

Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) igaragaza ko Akarere ka Ngororero kaza imbere mu kugira imfu nyinshi z’iseru ugereranyije n’utundi turere two mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa OMS bwo mu kwezi kwa Kamena na Nyakanga 2019 bugaragaza ko mu Karere ka Ngororero hapfuye abagera kuri bane bazize iyi ndwara. Mu Rwanda hose, mu bantu […]

Muhanga: Abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge yose bimuriwe icyarimwe bitunguranye

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga, Kanyangira Ignace yatanze amabwiriza ko nenze abakozi bashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge igize aka karere bimurwa bakava mu mirenge bakoreragamo bitewe n’icyo yise ko biraye. Iki ni icyemezo cyafaswe nk’icyatunguranye kuko byatangarijwe mu nama yahuje abashinzwe Ubuhinzi, ubworozi n’ubuvuzi bw’amatungo mu Karere ka Muhanga kuwa 6 Ugushyingo 2019. Ni nyuma […]