Sinzahunga kandi sinteganya no kujya mu bwihisho-Agathon Rwasa
Umuyobozi wâIshyaka CNL, Agathon Rwasa yabeshyuje amakuru yavugaga ko ashobora gufata iyâubuhungiro bitewe nâigitutu nâiterabwoba bikorerwa abatavuga rumwe nâishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD. Mu kiganiro nâabanyamakuru I Bujumbura ku Cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo, Rwasa yavuze ko adateganya guhunga cyangwa ngo ajye kwihisha, ahubwo ko yiteguye kuzahangana mu matora ya perezida ateganyijwe mu […]
Gisagara: Kwenga ibitoki bisaba kubimenyesha Mudugudu
Bamwe baturage bo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara bavuga ko iyo bagiye kwenga ibitoki byabo bagomba kubimenyesha umukuru wâumudugudu ngo abahe uburenganzira. Babwiye TV na Radio 1 ko iki ari ikibazo kuri bo kuko babifata nko kwamburwa uburenganzira ku bitoki byabo batinya kwitwa ko bari mu benga ibikwangari. Abaturage bavuga ko â […]
Kagame believes Rwanda and Uganda tensions will be solved harmoniously
Rwandan President Paul Kagame isi still optimistic that two years frosty relation between Rwanda and Uganda will be solved in harmonious manner. Both countries witnessed bilateral standoff since 2017 âIf things were addressed properly and issues resolved, it would be for the good of everyone. Everyone benefits, so why not remain optimistic? At some point, […]
Abaturage barataka igihombo baterwa no kutamenya igishushanyo mbonera
Bamwe mubaturage batuye mu karere ka Musanze bavuga ko babangamiwe no kutamenya igishushanyo mbonera cyâumugi batuyemo kigendanye nâicyerekezo. Ibi ngo bibagiraho ingaruka zibateza igihombo gikomeye nko gusenyerwa inzu. Umwe muri bo Mwizere Emmanuel utuye mu murenge wa Cyuve, ukora ubucuruzi, avuga ko atazi igishushanyo mbonera cyâumugi wa Musanze. Ati â Njyewe njya nganira na bamwe […]
Ifoto y’umunsi: Perezida Nkurunziza na ‘machine gun’ mu ntoki, amadarubindi n’ingofero ireba inyuma

Hari ifoto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter igaragaza Perezida Nkurunziza Pierre w’Uburundi afite mashingani (machine gun) mu ntoki, yambaye amadarubindi n’ingofero ireba y’abasitari ireba inyuma. Nkurunziza akikijwe n’abandi basirikare b’inyeshyamba babiri. Impuguke muri politiki mpuzamahanga akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bagize icyo bavuga kuri iyi photo. Yavuze ko ” […]
Haribazwa niba u Rwanda ruzitabira imikino yâinteko zâishinga amategeko za EAC muri Uganda
Abategura imikino yâabagize inteko ishinga amategeko zâibihugu bigize Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC) bavuga ko bataramenya niba u Rwanda ruzitabira iyi mikino iteganyijwe gutangira kuwa 7 Ukuboza 2019. Umuyobozi ushinzwe gutegrura iyi mikino, Gideon Gatpan yabwiye abanyamakuru ku wa 15 Ugushyingo ko batarategura uko amakipe azahura (fixtures) bitewe nâuko u Rwanda na Sudani yâepfo bataratangaza […]
Umuyobozi wungirije wa Kaminuza ya UTAB yirukanwe ku kazi

Prof. Dr. Padiri Nyumbayire Faustin wari Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza yâIkoranabuhanga nâUbumenyi (UTAB) yirukanwe kuri uwo mwanya. Mu ibaruwa yo kuwa 28 Ukwakira yandikiwe Mgr. Servianus Nzakamwita, uhagarariye iyi kaminuza mu rwego rwâamategeko, Bwiza.com ifitiye kopi, ivuga ko Prof. Nyumbayire yasezerwe ku kazi ku bwo kutumvikana nâumwungirije ushinzwe imari, iterambere nâimiyoborere, Niyibizi Mbabazi Justine. Ni […]
Tanzania yahombye miliyoni 437 zâamadolari zavaga mu bunyobwa
Leta ya Tanzania yahombye miliyoni 437 zavaga mu kohereza hanze ubunyobwa ugereranyije no mu Gushyingo 2018. Imibare itangwa na Banki Nkuru ya Tanzania (BoT), igaragaza ko iki gihugu mu Gushyingo 2018 cyari cyaramzae kwinjiza miliyaridi yâamadolari ya Amerika. Gusa ubu bamaze kwinjiza miliyoni 563.5 ziva mu kohereza ubunyobwa. BoT ivuga ko iki gihombo cyaturutse ku […]
Gasabo: Umuturage avuga ko yarebwe nabi nâabaturage ku bwo gutanga amakuru yâahari imibiri yâabishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuturage wo mu mudugudu wa Nyange mu Kagari ka Gatunga mu Murenge wa Ndoba mu Karere ka Gasabo, Christopher Sinamenye avuga ko abaturage bo mu gace atuyemo bamureba nabi nyuma yo gutanga amakuru yâahari imibiri yâabasihwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bavuga ko ibyo yakoze bizatuma hari abafungwa. Ibi yabitangarije mu nama yahuje abahuguwe […]
Rwanda clarifies request to cancel second bilateral meeting with Uganda
Rwanda has explained reasons behind a request to postponement of the second meeting of the AdHoc Commission to review the implementation of the Luanda Agreement which was scheduled for November 18 in Kampala. The Minister of State for Foreign Affairs in charge of East African Community Amb. Olivier Nduhungirehe told KT Press that several members […]
Nigeria: Abashakanye basabwe kuzajya batanga umusoro
Umuyobozi mu cyaro cya Kera mu Ntara ya Kano muri Nigeria, Ado Saâid yasabye abaturage bashakanye kuzajya abatanga umusoro ungana nâamadolari ya Amerika 377. Ado yavuze ko aya mafarnaga azasimbura ayatangwaga nkâinkwano kugira ngo abasore nâinkumi bakomeze gushakana. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma yâaho uyu muyobozi abonye ko amezi ane yihiritse nta bukwe butashye muri ako […]
Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu
Uhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi. Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji. Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya. Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la […]
Ibibazo by’u Rwanda na Uganda nta ngaruka bizagira kuri EAC
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda avuga ko ibibazo by’umubano mubi hagati y’u Rwanda nta ngaruka bizagira ku migambi y’Umuryango wa Afurika y’Iburasrazuba (EAC). Rugunda ibi yabibwiye abadepite kuri uyu wa 15 Ugushyingo bamubaza impamvu abanyamahanga bisanga muri Uganda, ariko Abanya-Uganda bakaba badafatwa neza mu bindi bihugu. Chimpreports ivuga ko yabwiye abadepite ko imigambi nk’iyo […]
FARDC yerekanye intwaro ya rutura yasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA

Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) zibarizwa muri SOKOLA II, na Hibou Special Force zerekanye imbunda nini yo mu bwoko bwa 122 ndetse n’izindi mbunda n’amasasu menshi zasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA, zayoborwaga na Brig. Gen. Afrika Jean Michel uherutse kwicwa. FARDC ku bufatanye n’abaturage kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ugushyingo, yavumbuye ububiko bune […]
Gen. Alex Kagame avuga ko abagabye igitero mu Bweyeye bavuye “mu gihugu cy’abaturanyi”
Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Uburengerazuba, Gen. Maj. Alex Kagame avuga ko igitero giherutse kugabwa mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi cyakomwe mu nkokora n’ingabo z’igihugu ariko ko abakigabye bavuye mu gihugu cy’igituranyi atavuze izina. Mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu tariki 8 Ugushyingo 2019 mu kagari ka Ninzi ko mu Murenge […]
Uganda: Abapolisi basaga 90 batorotse imyitozo
Polisi ya Uganda yategetse ko abapolisi 91 batabwa muri yombi kugira ku bwo gutoroka imyitozo (amafunzo) yaberaga ahitwa Kyabalye mu Karere ka Masindi. 80 mu batorotse ni abari boherejwe muri iyo myitozo ngo babe abigisha (instuctors). Itangazo ryo kuwa 11 Ugushyingo ryashyizweho umukono na ACP Emmanuel Muheirwe, riragira riti â Aba bantu babuze ku kazi […]
Ni iki gituma kompanyi z’Abashinwa ziganje ku isoko ryo mu Rwanda
Hirya no hino mu Rwanda hagenda hagaragara ibikorwaremezo byinshi nkâimihanda na zimwe mu nyubako bitwara akayabo byubakwa mu Rwanda byâumwihariko mu Mujyi wa Kigali, biba biri kubakwa nâAbashinwa. Abantu benshi bumvikana bibaza impamvu aya masoko yinjiza akayabo aba yahariwe Abashinwa. Amakompanyi yâubwubatsi yâAbanyarwanda, nâabafundi bo mu Rwanda bavuga ko impamvu batabona akazi usanga Abashinwa bafite […]
Ushaka kuduhungabanyiriza umutekano bizamuhenda-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika yâ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwiteguye guha akazi kâuwo ari we wese washaka guhungabanya umutekano warwo. Mu ijambo rye ubwo yarahizaga abayobozi batandukanye barimo nâabagisirikare, yavuze ko uzahirahira agerageza guhungabanya umutekano wâu Rwanda, bizamuhenda. Ati â Tugiye kuzamura ikiguzi cyose byasaba, ku bantu bose bashaka guhungabanya umutekano wacu. […]
Umubyeyi wa Meya wa Bugesera yamusanze mu biro amutunguye amubaza ikibazo gitangaje

Umubyeyi wâUmuyobozi wâAkarere ka Bugesera, Richard Mutabazi ku yamusanze mu biro bye nkâabandi baturage bose agira ngo hari ikibazo afite aje gushyikiriza ubuyobozi, ahubwo we amubaza igihe ari bugire gufata ifunguro. Meya Mutabazi abinyujije kuri Twitter yashyize hanze amafoto yasuwe na mama we, aho yavuze ko yamusuye bitunguranye. Meya Mutabazi ari kuganira n’umubyeyi we Mutabazi […]
Kigali City to own over 50 idle plots of land
City of Kigali management has revealed a plan to take possession of state owned or individualsâ 50 idle plots of land as well as incomplete residential and commercial buildings. During a press conference held yesterday, Kigali leadership revealed a plan to take possession of such ideal properties in order to maintain cleanliness and implement law […]
Rwanda: Mtihani wahairishwa baada ya wanafunzi kupatiwa mtihani wa siku nyingine
Mtihani wa masomo ya muziki umehairishwa baada ya wanafunzi wa Shule la Nyundo kulalamika kwamba wamepatiwa mtihani wa siku nyingine. Hilo lilitokea tarehe 12 Mwezi Novemba, siku ya kwanza ya mtihani wa taifa nchini Rwanda. Kiongozi wizarani ya Elimu, Dkt. Valentine Mujawamariya amesema mtihani umerudishwa mjini Kigali na mtihina mingine imerudishwa ili kufanyiwa uchunguzi. Kumeamua […]
Ibibazo byâu Rwanda na Uganda bizakemurwa nâabaperezida bombi- Minisitiri Kivejinja
Minisitiri wâIntebe wa kabiri Wungirije wa Uganda ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba, Kirunda Kivejinja avuga ko uyu muryango nta ruhare uzagira mu gukemura umubano mubi hagati yâu Rwanda na Uganda, ko ahubwo abaperezida bâibihugu byombi ari bo bazabikemura. Kivejinja yabwiye abanyamakuru kuwa Gatatu ko umuti ku mubano mubi hagati yâu Rwanda na Uganda uzashakirwa umuti […]
Abakozi ba BK bavuga ko ATM yanyereje Frw miliyoni zisaga 140
Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cyâamafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari amakosa yakozwe na ATM. Aba bakozi ba Banki bakurikiranyweho guteza iki gihombo ni umubyeyi wâabana bane Mukasine Jeanine na Nsengiyumva Jean de Dieu. Aba bakaba baratawe muri […]
Gasabo: Umuryango w’abantu barindwi urara hanze aho unyagirwa n’imvura
Umuryango w’umugabo n’umugore n’abana batanu uherutse kugurishirizwa inzu mu cyamunara,mu Murenge wa Nduba ho mu karere ka Gasabo uri kurara ku gasozi uhanyagirirwa nâimvura. Uyu muryango nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bivuga, uratakambira ubuyobozi ngo buwufashe kubona aho barambika umusaya dore ko bari kunyagiranwa abana 5 ngo kuko ntaho bafite ho kwerekeza. […]
Igiciro cyâikawa cyaragabanutse bikabije kandi abayikenera biyongera
Igiciro cyâikawa cyaraguye mu myaka itatu ishize ku Isi yose. Ni mu gihe abyinywa bo bagiye biyongera. Umuryango Mpuzamahanga wâ Ikawa (ICO) kivuga ko ikawa nka arabia na robusta zatakaje agaciro ku gipimo cyo hejuru cya 40% ku buryo ari ubwa mbere byabaho mu mateka. Ibi ngo byateje ikibazo abahinzi ba kawa bo muri Burazili, […]
Domestic worker found dead in Kigali
A domestic worker identified as Florence, 19, in Kiyovu cell, Nyarugenge sector of Nyarugenge District in Kigali city has been found dead in the kitchen, suspected to have died of suffocation from a heater. The death of the girl hailing from Huye district was known on Monday evening. She was working at the home of […]
Hari abadepite badakozwa ibyo kugura ikoranabuhanga ryafasha mu kumenya ahari imibiri yâabishwe muri Jenoside
Bamwe mu badepite babwiye Komisiyo yâIgihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ko nta mafaranga akwiriye gukoreshwa mu kugura ibyuma byâikoranabuhanga byakwifashishwa mu kwerekana ahari imibiri yâabazize jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 kandi hari abantu babitse ayo makuru. CNLG kuwa Kabiri tariki ya 12 Ugushyingo yari yagejeje igitekerezo ku badepite nâabasenateri ubwo yabagezagaho raporo imigabo nâimigambi […]
Uganda ikwiriye kurwanya magendu iwayo aho kutishima igihe turinze umutekano wacu-Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika yâIburasirazuba (EAC), Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye bwiza.com ko Uganda ikwiriye kurwanya magendu ku ruhande rwayo, aho kwijujuta igihe u Rwanda rwagize icyo rukora ngo rurinde umutekano warwo. Amb. Nduhungirehe avuga ku itangazo Uganda yashyize hanze yikoma u Rwanda ku iraswa ryâabaturage bayo babiri barashwe […]
Bamwe mu banya-Kenya bashinjwa kwiba banki yo mu Rwanda bakurikiranweho ibindi byaha iwabo
Abagabo babiri; Reuben Kirongothi Mwangi na Eric Dickson Njagi Mutegi bari mu bandi umunani bakomoka muri Kenya bafungiwe mu Rwanda bakurikiranweho kwiba Banki ya Equity basanzwe bakurikiranweho ibindi byaha mu gihugu cyabo nkâuko Standard Media dukesha iyi nkuru ibitangaza. Aba bagabo babiri bakurikiranweho kugerageza kwiba banki ebyiri zo muri Kenya gusa ngo baje mu Rwanda […]
Nyabihu: Abahinzi bavuga ko uruganda rutunganya ibirayi rutakemuye ikibazo cyabo
Uruganda rwitwa Nyabihu potato Company rwafunguwe mu mwaka wa 2015 ruje gukemura ikibazo cyâabahinzi bâibirayi bezaga umusaruro mwinshi ukabura isoko bagahora mu gihombo.Byari biteganyijwe ko rujya rwakira toni icyenda zâibirayi ku munsi ariko abahinzi bavuga ko rutarenza toni enye mu kwezi,ibintu babona ko bitabakemuriye ikibazo cyo kubura aho bagemura umusaruro wabo. Aba bahinzi babwiye Rwandatribune […]
Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ryâabaturage bayo

Leta ya Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ryâabaturage bayo; Job Byarushanga na Jon Bosco Tuheirwe barasiwe mu bice byegereye umupaka uhuza ibihugu byombi ariko ku ruhande rwâu Rwanda mu Murenge wa Tabagwe, mu Karere ka Nyagatare. Itangazo ryamagana ryashyizwe hanze na Uganda kuri uyu Kabiri tariki ya 13 Ugushyingo ryahawe Ambasaderi wâu Rwanda muri […]
Uganda: Umugore akurikiranweho guhamba umwana we ari muzima
Umugore wo mu Karere ka Apac akurikiranweho guhamba umwana we wâumuhungu wâamezi abiri wari muzima. Uyu mugore wâimyaka 19 kuwa Mbere wâiki cyumweru yacukuye imva ashyiramo umwana yibyariye nkâuko abo muri ako gace babivuga. Uyu mubyeyi yafashe uyu mwanzuro nyuma yâaho ababyeyi be bamwimiye ibiryo bamuziza ko yabyaye âikinyendaro.â Patrick Okello yabwiye The Daily Monitor […]
Uganda: Opozisiyo yatangiye gushaka imikono izayifasha kugeza Museveni muri ICC
Abo muri opozisiyo muri Uganda bibumbiye Leta yâAbaturage batangiye gushaka imikono yâabaturage yazatuma bageza Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni mu rukiko mpuzamahanga (ICC) ruri mu Buholandi. Abo muri Leta yâAbaturage mu cyumweru gishize bavuze ko kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2019, ku biro byayo biri ku muhanda wa Katonga, ko batangira kwakira imikono yâabaturage bifuza […]
Imirambo yâAbagande babiri baherutse kurasirwa mu Rwanda igiye kujyanwa muri Uganda

Imirambo yâabagabo bâAbagande; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe baherutse kuraswa na Polisi yâu Rwanda (RNP) ubwo âbinjizaga magendu y’itabi mu Rwanda, igiye gusubizwa muri Uganda kuri uyu wa 12 Ugushyingo uyu mwaka. Aba baturage bo muri Kamwezi, mu Karere ka Rukiga, barashwe ku cyumweru tariki ya 10 Ugushyingo 2019, bikaba biteganyijwe ko basubizwa iwabo […]
U Rwanda rwaciye ku isoko ibicuruzwa birindwi bisigwa ku mugati byo muri Kenya
Leta yâu Rwanda yahagaritse ku isoko ibicuruzwa birindwi bisigwa ku mugati bikomoka muri Kenya. Kuwa 4 Ugushyingo, nibwo Kenya nayo yari yahagritse izi bata zirimo: Truenutz ya Truenutz Kenya, Fressy ya Fressy Food Company Limited Supa Meal ya Supacosm Products Limited, Nuteez ya Jetlak Foods Limited, Sueâs Naturals ya Natureâs Way Health, Zesta ya Trufoods […]
Illegal goods worth Rwf 80 millions seized in six day security operation
Joint operations conducted by law enforcement agencies and other institutions have arrested at least 46 people suspected of trading in counterfeit, expired, illicit, stolen and smuggled goods. They were arrested in a six-day operation dubbed âOperation Usalaama VIâ conducted between October 30 and November 4, during which illegal goods worth over Rwf80 million were seized […]
Kanyinya na Kigali: Bambukira umugezi wa Nyabugogo ku matiyo
Abaturage bo mu Mirenge ya Kanyinya na Kigali mu Karere ka Nyarugenge bambuka umugezi wa Nyabugogo banyuze hejuru yâamatiyo yâamazi, banga kuzengruka kuko nta kiraro kibegereye. Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ruyenzi mu Kagari ka Nzove no mu Mudugudu wa Kamenge wo mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali, bambuka umugezi wa […]
Musanze: Abiciwe ababo âku mabwirizaâ ya Gen. Afrika bavuze uko bakiriye iyicwa rye
Bamwe mu baturage biciwe ababo batuye mu Mirenge ya Kinigi na Musanze bavuga ko kuba uwari uyoboye inyeshyamba za RUD-URUNANA, Brig. Gen. Afrika Jean Michel zishe ababo 14 mu gitero na we yarishwe ari uguhora kwakozwe nâImana. Bamwe mu baturage baganiriye na Rwandatribune bavuze ko bigaragaza ko Imana ihora ihoze yo yumvise agahinda kabo. Umwe […]
Iyo abantu bari mu bujiji, nta makuru bafite bayoborwa nk’intama-Dr Murenzi
Inzobere mu mitegekere n’ubutegetsi, Dr Phanuel Murenzi avuga ko igihe abaturage benshi nta makuru bafite bishobora gutera ikibazo ku buryo bashobora kuyoborwa nabi cyangwa se nâabafite inyigisho zbayobya bakaba babyuriraho. Dr Murenzi yabwiye RBA dukesha iyi nkuru ko kuba hari Abanyarwanda benshi banyomoza amakuru atari yo ku mbugankoranyambaga bigaragaza uburyo bakunze igihugu cyabo ndetse ko […]
Turkey congratulates Minister Biruta
Turkey’s Foreign Minister Mevlut Cavusoglu on Monday congratulated his new Rwandan counterpart Vincent Biruta for taking the office. In a phone conversation, Cavusoglu congratulated Biruta for assuming the office. Biruta, who was previously serving as environment minister, was appointed new foreign minister — to replace Richard Sezibera — on the Nov. 4 by Rwanda’s President […]
Kusini: Mfanyakazi wa hosipitali atuhumiwa kumuua kijana anayeuza âair timeâ
Mfanyakazi wa hosipitali ya CHUB kusini mwa Rwanda, Ntawuhiganayo Narcisse amekamatwa kwa kutuhumiwa kumuua, Felix Iriboneye kijana wa miaka 28 aliyekua muuzaji wa airtime karibu na hospitali. Malehemu aliuawa kwa kutumia kamba na kumfunga mikono kama mwenzake Ntawukuriryayo, aliambia gazeti la Umuseke. Msemaji wa Ofisi ya Uendeshamashtaka nchini (RIB), Marie Michelle Umuhoza amehakikisha habari hizo […]
Umuhanda uhuza Gakenke na Nyabihu watangiye kwangirika nyuma yâigihe gito wubatswe
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke bavuga ko umuhanda uturutse ku karere ukanyura mu Mirenge ya Gakenke, Janja na Muzo ukanahuza aka karere nâaka Nyabihu muri Vunga wamaze kwangirika nyuma yâimyaka ibiri yubatswe. Abaturage babwiye Radio na Tv1 ko uyu muhanda watangiye kwangizwa nâamazi yâimvura atarakorewe inzira zikwiriye yanyuramo. Bavuga ko amazi â abura inzira […]
Kenya: Hatahuwe ko kawunga barya irimo uburozi
Iperereza rya televiziyo NTV yo muri Kenya ryerekanye ko kudakurikirana kwâababishinzwe byatumye abakora ifu yâibigori (kawunga) bakora irimo uburozi bwitwa aflatoxin ikajya ku isoko. NTV yabonye amoko 12 anyuranye ya kawunga igurishwa mu gihugu irimo ubu burozi. Aflatoxin ni uburozi buva mu binyabuzima bito (fungi) biza mu busaze bwâigihingwa, bukaba bushobora gutera indwara ya kanseri. […]
Uganda: Polisi yafunze abantu basaga ijana yasanze mu kabari kamwe
Polisi muri Uganda yatangaje ko yafunze abantu 120 bari mu kabari i Kampala bafatanywe ibiyobyabwenge, aka kabari gakunze kujyamo abantu b’amahitamo mpuzabitsina atandukanye (LGBTI). Polisi ivuga ko yahawe amakuru ko hari ibiyobyabwenge bitemewe biri gukoreshwa muri ako kabari. Yoherezayo abapolisi benshi mu gicuku ejo ku cyumweru. Umunyamakuru wa BBC avuga ko abo basanze mu kabari […]
Zimbabwe igiye gushyira hanze amafaranga mashya
Banki Nkuru ya Zimbabwe biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ugushyingo irashyira hanze inoti nshya zâamafaranga yâiki gihugu. Iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kugabanya ibura ryâamafaranga ryibasiye iki gihugu muri iki gihe ubukungu bwâiki gihugu bukomeje kugana aharindimuka. Zimababwe kandi ivuga ko uku gushyiraho inoti nshya zâamadolari abiri nâatanu ntawe bikwiriye […]
Abanyafurika ni bo bonyine bakomeje kwiheza inyuma-Perezida Kagame
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame avuga ko kuba Afurika ihera inyuma ugereranyije nâindi migabane nta wundi byabazwa uretse Abanyafrika ubwabo. Ibi yabitangarije mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2019. Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida […]
Gen. Afrika uherutse kwicwa yasanganwe inyandiko zifite amakuru âyâingenziâ
Uwari Umuyobozi wâInyeshyamba za RUD-URUNANA, Brig. Gen. Juvenal Musabyimana uzwi nka Afrika Jean Michel yasanganwe inyandiko bivugwa ko zikubiyemo amakuru yiswe ayâingenzi. Gen. Afrika wavukaga mu Karere ka Nyabihu yishwe nyuma ya saa sita kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2019 mu gitero ingabo zagabye hagati yâagace ka Binza na Makola muri Teritwari ya Rutshuru mu […]
Batatu byavuzwe ko ari Abanyarwanda batorokeye muri Uganda nyuma yâiraswa ryâabo bari kumwe

Abantu batatu byavugwaga ko ari Abanyarwanda bari kumwe nâabagande babiri; Job Ebidishanga w’imyaka 32, John Bosco Tuheirwe w’imyaka 35 bombi barashwe na polisi yâu Rwanda ku bwo kuyirwanya, ibafatanye magendu, bahise batorokera muri Uganda. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru ko yarashe ikica abantu babiri hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda mu karere […]
Uburusiya: Umugabo bamusanganye amaboko y’umugore we mu gikapu
Umwarimu w’amateka wa kaminuza uzwi cyane wo mu Burusiya yemeye ko yishe umukunzi we – wahoze ari umunyeshuri we – nkuko umwunganira mu mategeko abivuga, nyuma yo gusangwa ku ruzi afite igikapu cyo mu mugongo kirimo amaboko y’umugore. Oleg Sokolov w’imyaka 63 y’amavuko, yari yasinze yitura mu ruzi ubwo yageragezaga kujugunya ibyo bice by’umubiri mu […]
Gatsibo: Bamaze umwaka n’igice barabuze ubasezeranya mu mategeko
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga mu karere ka Gatsibo bavuga ko bamaze umwaka nâigice badasezeranywa mu mategeko, kubera kutagira umunyabanga nshingwabikorwa. Aba baturage bavuga ko bahangayikishijwe nâikibazo cyo kutagira umunyamabanga nshingwabikorwa wâumurenge, ari na we usezeranya abagiye kubana byemewe nâamategeko. Umwe yagize ati â Tekereza kwambuka i Ngarama ugiye gusezeranayo, kandi ngo umurenge wanyu […]
Abagande babiri barasiwe ku mupaka w’u Rwanda na Uganda

Polisi y’u Rwanda (RNP) ivuga ko abaturage babiri ba Uganda; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe barasiwe mu Murenge wa Tabagwe mu Karere ka Nyagatare, agace kari hafi y’ u Rwanda na Uganda. Bivugwa ko binjizaga magendu ku butaka bw’u Rwanda banyuze mu nzira zitemewe. Itangazo rya RNP ryo kuwa 10 Ugushyingo rivuga ko ibi […]
Ndashaka guhindura agace kâimirwano kabe akâubukungu-Tshisekedi
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi atangaza ko yifuza guhindura uburasirazuba bwâiki gikugu bwibasiwe nâimirwano mo ahantu hakorerwa ibikorwa byâubukungu. Mu ruzinduko yagiriye muri Uganda kuva kuwa Gatandatu tariki ya 9 kugeza ku wa 10 Ugushyingo 2019, Tshisekedi yabwiye mugenzi we wa Uganda, Yoweli Museveni ko yasuye Uganda kugira ngo bagire ibyo […]
Rwamagana: Abaturage bavuga ko bajujubijwe nâimbwa zo mu gasozi
Abaturage bo mu Murenge wa Muyumbu mu Karere ka Rwamagana bavuga ko bajujubijwe nâimbwa zâagasozi, batazi ba nyirazo zibarira amatungo magufi arimo ihene, intama, inkoko. Aba baturage bavuga ko izi mbwa zishobora kuba ziza kujugunwa muri ako gace nâabatuye mu Mujyi wa Kigali, uretse kubarira amatungo nabo ubwabo ziba zishaka kubivugana. Umwe muri bo, Claudine […]
Hari abavuze ko ngiye gukorera mu kwaha kwa FPR- Ingabire Victoire

Uwari umuyobozi wâIshyaka ritemewe mu Rwanda (FDU-Inkingi) avuga ko hari abavuze ko yashinze ishyaka rishya ryiswe iriharanira iterambere n’ubwisanzure kuri bose (Development and Liberty For All), DALFA â Umurinzi ariko ngo akazakorana bya hafi nâiriri ku butegsi, FPR-Inkotanyi. Yavuze ko nâubwo hari ababibona batyo, we atari cyo agamije kuko ngo ishyaka DALFA-Umurinzi rigiye gukorera mu […]
Inzego za Leta14 zatunzwe agatoki mu gutanga akazi mu buryo bwâuburiganya
Raporo ya Komisiyo yâAbakozi ba Leta nâUmurimo (NPSC) yâumwaka 2018/2019 igaragaza ko hari inzego za Leta 14 zatanze akazi mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Amakosa menshi nkâuko iyi raporo ibigaragaza, ni ayakozwe mu gushyira abakozi bashya mu myanya aho hari abatarabaga buzuje ibisabwa ariko bagahabwa akazi ndetse no gutanga amanota ku bapiganwa kandi batayakoreye. Ibi byagarutsweho […]
Mu Rwanda hari abana bâimyaka 6 bafite ivanguramoko- NURC
Komisiyo yâIgihugu yâUbumwe nâUbwiyunge (NURC) itangaza ko abana bo mu Rwanda bari hagati yâimyaka irandatu kugeza ku icumi bafite ivangura rishingiye ku moko (tribalism). Ibi ni ibyashyizwe hanze na Perezida wâiyi komisiyo, Rtd. Bishop John Rucyahana ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko umutwe wâAbasenateri raporo yâuru rwego yâumwaka wa 2018/2019 kuri uyu wa 6 Ugushyingo […]
DRC: Umugore yafatanwe, amasasu nâimyenda yâabajepe abishyiriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda

Polisi ya Congo- Kinshasa yataye muri yombi Umugore witwa Nzigira Aimerance wari ugemuriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda FPP-ABAJYAMUGAMBI amasasu yâubwoko bwâimbunda ya mashinigani (machine gun) ndetse nâimyambaro ibiri yâabarinda umukuru wâiki gihugu. Amakuru agera kuri Rwandatribune.com dukesha iyi nkuru, umwe mu bayobozi ba Polisi mu gace ka Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru aravuga ko kuri […]
Burundi: Abaturage basaga miliyoni zirindwi barwaye Malariya
Ishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Buzima (OMS) ishami rya Afurika ritangaza ko abaturage basaga miliyoni zirindwi mu Burundi barwaye Malariya. Imibare mishya y’icyumweru cya 44 cy’uyu mwaka ni ukuvuga kuva kuwa 28/10 kugeza 03/11/2019) igaragaza ko Malariya yazamutse ikagera kuri 49% mu Burundi hagereranyijwe nâicyumweru cya 39 cyo 2018. OMS iravuga ko kuva mu kwezi […]
Akarere ka Ngororero kaza ku isonga mu kugira imfu nyinshi zâiseru
Imibare yâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku buzima (OMS) igaragaza ko Akarere ka Ngororero kaza imbere mu kugira imfu nyinshi zâiseru ugereranyije nâutundi turere two mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa OMS bwo mu kwezi kwa Kamena na Nyakanga 2019 bugaragaza ko mu Karere ka Ngororero hapfuye abagera kuri bane bazize iyi ndwara. Mu Rwanda hose, mu bantu […]
Muhanga: Abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge yose bimuriwe icyarimwe bitunguranye
Umunyabanga Nshingwabikorwa wâAkarere ka Muhanga, Kanyangira Ignace yatanze amabwiriza ko nenze abakozi bashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge igize aka karere bimurwa bakava mu mirenge bakoreragamo bitewe n’icyo yise ko biraye. Iki ni icyemezo cyafaswe nk’icyatunguranye kuko byatangarijwe mu nama yahuje abashinzwe Ubuhinzi, ubworozi nâubuvuzi bwâamatungo mu Karere ka Muhanga kuwa 6 Ugushyingo 2019. Ni nyuma […]