Urusi yaunga mkono Burundi na kukanusha dhulma dhidi ya upinzani
Urusi imethibisha uungwaji wake mkono kwa taasisi za nchi ya Burundi ikiwa imesalia miezi michache kabla ya kufanyika kwa Uchaguzi Mkuu nchini humo. Burundi ambayo inakosolewa na jumuiya ya kimataifa, kwa ukiukaji wa haki za binadamu na ukandamizaji dhidi ya upinzani, kwa sasa inaweza kutegemea msaada kutoka Urusi … Kama ilivyothibitishwa wakati wa mapokezi ya […]
Hali ya wasiwasi yaendelea kutanda Sudani Kusini
Mazungumzo kati ya pande zinazohasimiana nchini Sudan Kusini yameahirishwa kwa siku mbili, wakati huu kukiwa na wasiwasi kuhusu uwezekano wa kuundwa kwa Serikali ya umoja ifikapo Novemba 12. Mazungumzo kati ya rais Salva Kiir na mwenzake Riek Machar yalikuwa yafanyike Jumanne wiki hii lakini yakaahirishwa bila ya uwepo wa sababu za msingi. Taarifa kutoka taasisi […]
Zimbabwe: Wafanyakazi wa serikali kuandamana
Wafanyakazi wa serekali nchini Zimbabwe wanapanga kuandamana Jumatano baada ya serekali kushindwa kuridhia madai yao ya kutaka walipwe mishahara inayokwenda sambamba na thamani ya dola ya Marekani. Polisi waliruhusu vyama vya wafanyakazi kufanya maandamano hayo ya kudai mishahara bora, jambo ambalo linatizamwa na wadadisi kama mtihani kwa rais Emmerson Mnangagwa, ambaye siku za hivi karibuni […]
Mazungumzo yanayoongozwa na Marekani juu ya mto Nile si ya upatanishi, yasema Ethiopia
Mawaziri wa mambo ya nje kutoka Misri, Ethiopia na Sudan wako nchini Marekani mjini Washington DC kwa ajili ya mazungumzo kuhusu ujenzi wa bwawa kubwa la maji kando ya mto Nile. Bwawa hilo linalojengwa kaskazini mwa Ethiopia, litakuwa kituo kikubwa kabisa cha kuzalisha umeme barani Afrika. Lakini Misri, ambayo inategemea maji ya mto Nile kwa […]
Ni kwanini Mtoto wa miaka 10, anataka kuwa mfanyabiashara wa madawa ya kulevya?
Mtoto wa miaka 10 amemwambia mfanyakazi wa kituo cha kulelea watoto kuwa anataka kuwa mfanyabiashara ya madawa kulevya. Mtoto huyo aliripotiwa kuwa na uelewa mkubwa wa aina za madawa ya kulevya, katika uwasilishaji wa ripoti mfanyakazi wa kituo hiko alieza tabia za mtoto huyo. Mkuu wa kituo hiko aliezea kuwa kunahitajika mikakati ya mara moja […]
Land related wrangles dominate ombudsman’s year report
The Ombudsman, Anastase Murekezi, yesterday presented his 2018/2019 annual report to members of both chambers of parliament. The report makes recommendations in the areas of the officeâs mandate to fight corruption and injustice, declaration of assets by public officials, and assessing whether laws governing access to information and leadership code of conduct among others are […]
Headteacher arrested for forcing children into religion
Rwanda Investigation Bureau is currently holding a Headmaster of College Adventiste de Gitwe for forcefully recruiting children into a religion, contrary to rights of children. Suspect Nshimiyimana Gilbert will have his dossier processed and delivered to prosecution. The investigative body says it is still conducting further investigations into this matter. âWe cannot reveal details because […]
PM reshuffles provincial executive secretaries
Prime Minister Edouard Ngirente has made changes in local government which saw all the provinces given new executive secretaries. According to appointment letters that The New Times has seen, Florence Uwambajemariya will serve as the new executive secretary of Western Province, replacing Pierre-CĂ©lestin Habiyaremye. Uwambajemariya was until her new assignment the mayor of Burera District […]
EAC economies to end the year with alarming debt ratios- IMF
Burundi has joined a group of nine African countries at a high risk of debt distress while Kenyaâs risk of default has increased to moderate from low. This has seen the International Monetary Fund raise a red flag over the rate at which East African countries are accumulating debt. The regionâs economies have fallen into […]
Court adjourns bail application hearing of former minister
Nyarugenge Primary court has re-adjourned the hearing of Robert Bayigamba, the hearing of former Minister of Youth, Sports and Culture on alleged crimes of illegal acquisition and sell of property that did not belong to him. He was arrested on 22nd October 2019 and appeared for the first time in Nyarugenge Primary court on 30th […]
Canada: Umunyarwanda yapfuye urwâamayobera

Umusore wâUmunyarwanda, Gilbert Kagabo wabaga mu Mujyi wa Saskatoon yapfuye urupfu rutaramenyekana. Kagabo wapfuye kuwa 2 Ugushyingo, yari asanzwe ari umunyeshuri rya Holy Class High School. Ni uwa kabiri witabye Imana muri uyu muryango kuko na mubyara we, Eric Ndayishimiye waguye mu Bitaro byâabana bya Jim Patisson azize impanuka mu myaka itatu ishize. Ikinyamakuru cbc.ca […]
Liberia: Abaturage banze kubika amafaranga muri banki zâubucuruzi
Abaturage ba Liberia bakomeje gutonda imirongo ku byuma byo kubikurizaho amafaranga (ATM) bakayabura kuko abaturage bari kuyabika mu ngo zabo ku bwo kutizera banki zo muri iki gihugu. Inkuru ya BBC ivuga ko kuri ubu inoti zabuze mu gihugu kuko mu byuma n’amabanki inoti zabashiranye. Abakiliya bagerageza gushaka amafaranga muri banki, bari kwinubira ko badashobora […]
Uganda: Uyobora inteko ishinga amategeko yanenze ihutazwa rikorerwa opozisiyo
Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Rebecca Kadaga yanenze uko Leta yâiki gihugu ikomeje gukora bikorwa bihutaza amashyaka atavuga rumwe nâubutegetsi bwa Yoweli Kaguta Museveni. Kadaga avuga ko bitumvikana ukuntu Leta yemera amashyaka menshi ariko ugasanga amashyaka atavuga rumwe na NRM ya Museveni arabuzwa uburyo. Mu ihuriro ryâabagize inteko kuri uyu wa 5 Ugushyingo Kadaga […]
Abanyarwanda babiri barasiwe ku mupaka bikoreye kg 50 zâibirayi bavanye muri Uganda

Abanyarwanda babiri; Jean Pierre Havugimana nâundi utatangajwe amazina barasiwe muri metero 300 uvuye ku ruhande rwa Uganda ku mupaka wa Gatuna ubwo bari bikoreye buri umwe umufuka wâibirayi wa kg 50 bavanye muri Uganda. Havugimana wâimyaka 28 wo mu Kagari ka Kabya, Umurenge wa Rubaya mu Karere ka Gicumbi, Chimpreports itangaza ko yarashwe ku Cyumweru […]
Ibibazo byâubutaka ni byo byaranze raporo yâumwaka yâumuvunyi
Umuvunyi Mukuru, Anastase Murekezi agaragaza ko ibibazo byâubutaka ari byo byiganje mu byo urwego ayoboye rwakiriye mu mwaka wa 2018/2019. Murekezi ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga amategeko, imitwe yombi, raporo yâumwaka, yavuze ko ibibazo mu 1,091 urwego rwâumuvunyi rwakiriye, 853 ari ibijyanye nâubutaka byâumwihariko ikibazo cyâizungura. Murekezi yavuze ko ba nyirâibi birego basabye ko imanza […]
Bugesera: Nta cyizere bafite cyo kweza nâubwo imvura yabonetse
Abaturage bo mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera mu bavuga ko nâubwo imvura yaguye, batakwizera ko ibyo bahinze bizera bitewe nâizuba rishobora kuva nyuma yâiminsi mike, bigahita byuma. Bemeza ko kuri ubu imyaka mu mirima imeze neza, ariko ngo iki cyizere cyâumusaruro cyo ni ukukibara babibonye. Umwe muri aba baturage yabwiye Flash TV […]
Hari uruganda rugiye gukorera mu Rwanda moto zigura munsi ya Frw 600,000
Uruganda rwo mu Bushinwa rwitwa LIFAN Industry Group rugiye kuzajya ruteranyiriza moto mu Rwanda zifite agaciro kari munsi ya Frw 600,000. Uru ruganda rusanzwe rukorera mu bihugu 117 byo ku Isi gusa rukaba rukorera muri Kenya, Tanzania, Somalia na Ethiopia. Uru ruganda rwamamamye mu gukora moto ntoya zigendera ku muvuduko wo hejuru zigura agera ku […]
Musanze: âUmupfumuâ yaciye akarongo umuturanyi we akarenze ahita apfa
Umuturage wo mu Murenge wa Muko mu karere ka Musanze, Nkorera Jean yapfuye urupfu rwâamayobera nyuma yo kurenga akarongo bivugwa ko kaciwe nâumupfumu batonganye. Radio na Tv 1 dukesha iyi nkuru bivuga ko Nkorera yahise apfa ako kanya akimara kurenga ako karongo. Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha rwabwiye TV/Radio1 ko rwatangiye iperereza ngo hamenyekane ukuri kuri urwo […]
Gasabo: Abaturage barataka kubyutswa mu ijoro bakarazwa ku Murenge
Abaturage batuye ku nkuka zâigishanga cya Kacyiru mu Mudugudu wa Kigugu, akagari ka Kamutwa mu Murenge wa Kacyiru, mu Karere ka Gasabo, baravuga ko bari kwimurwa aho batuye ariko bigakorwa mu buryo bubahutaza aho ngo inzego zâubuyobozi ziza kubabyutsa nijoro zikajya kubaraza ku biro byâumurenge wabo. Bavuga ko abashinzwe umutekano boherezwa kuza kubafata bakabakomangira mu […]
Perezida Kagame akomeje kugirira icyizere abo mu ishyaka PSD abaha imyanya ikomeye

Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame akomeje guha inshingano abayoboke bâishya rya â Parti Social Democrateâ (PSD) aho agenda abaha imyanya itandukanye mu buyobozi bwâigihugu. Ishyaka PSD kuri ubu rifite abarwanashyaka batanu bari mu nzego zâubuyobozi bukuru bwâigihugu. Muri aba harimo: Dr Vincent Biruta 1. Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane, Dr Vincent Biruta wahawe uyu […]
Musanze/Cyuve: Abaturage barataka ubwambuzi bakorerwa nâabanyerondo
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, mu Kagari ka Bukinanyana mu Murenge wa Cyuve bavuga ko barambiwe ubwambuzi bakorerwa nâabakora irondo (home guards) bigize abakozi nkâabakozi bâIkigo cyâIgihugu cyâImisoro nâAmahoro(RRA). Abaturage bavuga ko aba bita âhomeguardâ bamaze kubamaraho ibyabo babaka forode barangiza nabo bakabyitwarira iwabo. Abashyirwa mu majwi ko bahungabanya umutekano wâabaturage barimo […]
Kenya: Abaturage basaga 1,000 si ab’igitsinagore cyangwa gabo
Abaturage 1,524 muri miliyoni 47,564,296 zituye igihugu cya Kenya si ab’igitsinagore cyangwa gabo nk’uko bigaragazwa n’imibare y’ibarura ryakozwe mu kwezi kwa Kanama muri uyu mwaka. Ni ubwa mbere muri Kenya habaruwe abaturage bafite irangamimerere riteye gutya. Aba ni abantu imibiri yabo idafite ibiranga umubiri w’igitsinda Gore cyangwa Gabo bisanzwe bigaragarira amaso, bitwa ‘Intersex’. Iri barura […]
Kirehe: Umurenge umaze umwaka urenga nta munyamabanga nshingwabikorwa ugira
Abaturage bo mu Murenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe bavuga ko bamaze umwaka nâamezi ane batagira Umunyamabanga Nshingwabikorwa. Aba baturage babwiye RBA dukesha iyi nkuru ko serivisi zose bahabwaga na gitifu wâUmurenge bazihabwa nâUshinzwe Imibereho myiza yâabaturage mu murenge. Umwe muri bo ati ” Abantu bajya gusezerana birirwayo bategereje uri buje ku karere, bagataha […]
MINEDUC yasabye abakora ibizimani bisoza abanza kwereka ababyeyi ko bize neza
Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri yâUburezi Ushinzwe Amashuri Abanza nâayisumbuye, Dr Isaac Munyakazi yasabye abanyeshuri basoza amashuri abanza batsinda ibizamini kugira ngo bereke ababyeyi babo ko bigishwe neza. Mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro ibizamini kuri uyu wa 4 Ugushyingo 2019, ku Rwunge rwâAmashuri rwa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge yavuze ko â Babonye umwanya […]
Umwarimu wa Kaminuza yavuze uko yatunguwe na Perezida Kagame mu nama yo mu 2015
Umwarimu wa Kaminuza ya Obafemi Awolowo, Prof. Nahzeem Oluwafemi Mimiko yavuze ko yatunguwe nâimyitwarire ya Perezida Paul Kagame mu nama yahuje Foundation ya Meles Zenawi, Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (AfDB) na Leta yâu Rwanda nâiya Ethiopia. Ni inama yari yitabiriwe na Perezida Kagame, uwahoze ari Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Hailemariam Desalegn, Visi Perezida wa Ghana, […]
Diamond nâumugore we barashinjwa gukorera ibyâubupfumu ku mwana wabo
Umuhanzi Diamond Platnumz nâumugore we, Tanasha Donna barashinjwa nâabafana babo kuba barakoreye imigenzo bo bita iyâubupfumu ku mwana wabo wâumuhungu uherutse kuvuka. Abafana bâaba bombi ku mbuga nkoranyabaga, bashingira ku kuba aba babyeyi barashyize agatambaro kâibara ryâumukara ku kuboko kwâibumoso no ku kuguru kwâiburyo kâumwana. Umwe mu bafana watangaga igitekerezo ku ifoto yashyizwe hanze na […]
Gakenke: Inyubako yari iyâAkarere ka Bugarura imaze imya 17 ntacyo ikorerwamo
Inyubako iri mu Kagari ka Muhororo, Umurenge wa Cyabingo yari igenewe kuzakoreramo icyari cyiswe Akarere ka Bugarura imaze imyaka 17 ntacyo ikorerwamo. Iyi nyubako yubatswe ubwo hakorwaga Akarere ka Bugarura kari kuba kagizwe nâizari Komini Ruhondo na Cyabingo mu cyari Perefegitura ya Ruhengeri. Bavuga ko iyi nyubako itigeze ikorerwamo nâAkarere ka Bugarura nkâuko byari byitezwe […]
Ntamuhanga watorotse gereza ya Mpanga biravugwa agiye kugirwa Umuvugizi wâishyaka rirwanya Leta yâu Rwanda
Umunyamakuru Cassien Ntamuhanga watorotse Gereza ya Mpanga amakuru akomeje gukwirakwira ko agiye kugirwa Umuvugizi wâIshyaka Leta y’u Rwanda ivuga ko ari umutwe w’ibyihebe , Rwanda National Congress (RNC) riyobowe na Gen. Kayumba Nyamwasa. Mu mpera zâicyumweru nibwo amakuru yasakaye avuga ko Ntamuhanga agiye kugirwa Umuvugizi wa RNC ya Kayumba Nyamwasa. Ni nyuma yâ Ubwegure bwa […]
Abasirikare ba Mali basaga 50 biciwe mu gitero kimwe
Intagondwa mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Mali zishe abasirikare 53 n’umuturage w’umusivile umwe mu gitero ku kigo cya gisirikare, nkuko byatangajwe na leta y’iki gihugu. Iki gitero kibaye kimwe mu byahitanye abantu benshi muri iki gihugu mu myaka icumi ishize. Mu butumwa bwo ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, igisirikare cya Mali cyavuze ko ari “igitero […]
Abayobozi bâinyeshyamba za FLN, FDLR na RUD-Urunana bari ku rutonde rwâabinjiza akayabo
Abayobozi bâinyeshyamba za FDLR, Lt. Gen. Byiringiro Victor Rumuri, uwa FLN, Gen. Hamada na RUD-Urunana, Gen. Africa Jean Michel bari mu bafite ibikorwa byinjiza amafaranga menshi mu Burasirazuba bwa Congo. Ni ubucukumbuzi bwakozwe na Rwandatribune.com yifashishije ibinyamakuru bitandukanye nka Iminembwe iwacu,Gatoyi actualites,binzainfo ndetse na Raporo yo kuwa 18 Ukuboza 2018yakozwe nâItsinda ryâinzobere zâUmuryango wâAbibumbye zikora […]
Haravugwa ukurebana nabi hagati ya Messi na Griezmann
Hari amakuru avuga ko hari ukurebana nabi hagati ya Kapiteni wâIkipe ya Barcelona, Lionel Messi na mugenzi we, Antoine Griezmann. Aya makuru avuga ko Messi nkâumwe mu bantu baha ikaze abakinnyi bashya muri Barcelona, kugeza ubu ngo asa nâutarareba neza Griezmann. Uyu mwuka mubi ngo uraturuka ku kuba Griezmann ataratanga umusaruro yari yitezweho ubwo yagurwaga […]
Kigali: Agatsiko kiyise âAbanya-Butareâ kakayogoza abaturage kahagurukije meya
Umuyobozi wâAkarere ka Nyarugenge, Kayisime Nzaramba yigereye mu Murenge wa Kigali uvugwamo agatsiko kâabantu biyise âAbanya-Butareâ bahohotera abaturage ariko ntibabiryozwe. Bamwe mu batuye imidugudu ya Akirwanda na Muganza mu kagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge bari batangaje ko babangamiwe nâurugomo rubera muri aka gace aho Abanya Butare hari babakubita bakanabambura inzego […]
Perezida Nkurunziza yakoze impinduka zitunguranye mu butasi bwâUburundi
Perezida wâUburundi, Pierre Nkurunziza yakoze impinduka zitari zitezwe mu nzego zâubutasi zâUburundi (SNR) aho yasimbuje Gen. Etienne Ntakirutimana wari umaze igihe ayobora uru rwego. Amakuru yizewe Bwiza.com ifite ni uko Nkurunziza yagize Gen. Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugarika, umuyobozi mukuru wa SNR naho Gen. Ntakirutimana yimurirwa mu biro byâumukuru wâigihugu mu mwanya wâumuyobozi mukuru ushinzwe […]
Bamwe mu banyamategeko bavuga ko itegeko ryâumusoro ku butaka ryigiriza nkana ku baturage
Bamwe mu banyamategeko baravuga ko bitumvikana uko umturage ufite inzu yo kubamo ayisorera kurusha ufite iyo akoreramo ubucuruzi. Umwe muri bo, Edouard Murangwa wanatanze ikirego mu rukiko rwâikirenga kuri iki kibazo, mu kirego cye, avuga ko iri tegeko ririmo ingingo zambura umuturage uburenganzira ku mutungo we kandi zikanabamo ubusumbane mu basoreshwa. Murangwa avuga ko itegeko […]
Nyarugenge/Mageragere: Bamwe mu baturage basubiye kuvoma Nyabarongo ibamo ingona
Abaturage bo mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Mageragere bavuga ko nâubwo mumyaka ibiri ishize ari bwo bahawe amazi nyuma yâaho bahoze bavoma amazi ya Nyabarongo ingona zikarya abantu batanu ], bahawe amazi bariruhutsa ariko nyamara hari abahisemo gusubira kuvoma Nyabarongo dore ko amazi bahawe arimo icyo bo bita umunyu mwinshi. Aba baturage bavuga […]
U Rwanda nta mwanya rufite wo gusubiza ku makuru ahora agaruka- Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko u Rwanda nta mwanya rwabona wo gusubiza ku makuru avuga ko iki gihugu cyaba cyarifashishije Kompanyi yitwa NSO Group mu kimviriza abatavuga rumwe nacyo hagamijwe âkubagirira nabi.â Bamwe mu batavuga rumwe na leta y’u Rwanda bavuga ko ‘software’ ya Pegasus yifashishijwe […]
Uganda: Umugabo yasezeye ku kazi ku bwâUmunyarwandakazi
Umushyushyarugamba akaba nâumunyamakuru, Edwin Katamba uzwi nka Mc Kats yaretse akazi kâimyidagaduro yakorega muri Hoteli ya Pearl of Africa kugira ngo akomeze ku mukunzi we wâUmunyarwandakazi, Fille Mutoni. Katamba uzwi nka MC Kats yafashe iki cyemezo nyuma yâiminsi micye yiyunze na Fille babyaranye. Ni nyuma yâaho aba bombi mu ntangiriro zâumwaka wa 2019 bari bashwanye […]
Gen. Sabiiti Muzeyi aravugwa mu mugambi wo kwica minisitiri
Umuyobozi wa Polisi wungirije muri Uganda, Maj. Gen. Sabiiti Muzeyi arashyirwa mu mu majwi mu mugambi wo gufasha abashaka kwica Minisitiri Ushinzwe Ikoranabuhanga nâItumanaho muri Leta ya Uganda, Nantaba Idah Eriosi. Gen. Sabiiti avugwa muri uyu mugambi wo guhitana Nantaba nkâuko uyu mu minisitiri abigarukaho muri imeli (email) yoherereje The Observer kuwa Mbere w’iki cyumweru […]
Yaretse akazi ko gutwara indege kubera Wema Sepetu
Umusore wâUmunya-Tanzania wakoreraga akazi ko gutwara indege muri Oman, Danzak yavuye kuri aka kazi atangira gukora umuziki mu rwego rwo kuzahura na Wema Sepetu avuga ko akunda byimazeyo. Danzak ukiba muri Oman yavuze ko akunda Wema Sepetu kandi ko uyu mukobwa na we abizi ko amukunda. Mu mezi make ashize, byagarutsweho cyane mu itangazamakuru rya […]
Abantu 14 barimo Umunya-Uganda bakurikiranweho gushaka kwiba banki yo mu Rwanda
Urwego rwâigihugu ryâubugenzacyaha (RIB) rutangaza ko rwafashe abantu 14 barimo abanya Kenya umunani, Abanyarwanda batatu nâUmunya-Uganda umwe bakekwaho umugambi wo kwiba imwe muri banki bakoresheje ikoranabuhanga. RIB ikoreshe urubuga rwayo rwa Twitter, yavuze ko yamenye umugambi wa bariya bantu ndetse iakba muri yombi bataragira icyo bakora. Uru rwego ruvuga ko bari barimo bagerageza kwinjira mu […]
FARDC ni yo yonyine yatangije ibitero ku nyeshyamba, ibindi bihugu bite?
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo,FARDC, zatangaje ko kuva uyu munsi kuwa kane zatangije “ibitero bikomeye” ku mutwe wa ADF mu gace ka Beni. Bibaye nyuma y’inama yahuje abahagarariye ingabo z’ibihugu bya DR Congo, Burundi, Rwanda, Uganda na Tanzania mu cyumweru gishize yemeje ubufatanye mu kurwanya inyeshyamba muri DR Congo. Nyuma y’iyi nama, umuvugizi […]
Urukiko Mpuzamahanga rwasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza
Hari amakuru yemeza ko Urukiko Mpuzamahanga (ICC) rwasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza wâUburundi ku byaha byibasiye inyoko muntu. Ikinyamakuru Taarifa kivuga ko hari amakuru cyizeye avuga ko ICC yasabwe gukurikirana Perezida Nkurunziza uyoboye Leta ishinjwa guhonyora uburenganzira bwa muntu byatumye abaturage basaga ibihumbi 325 bahunga igihugu. Aya makuru avuga ko ngo hari impamvu zifatika zatuma Perezida […]
Ali Kiba yasubizanyije umujinya Diamond, amubwira ko ashobora guhishura uko amugambanira
Umuhanzi Ali Kiba ufatwa nka mukeba wa mugenzi we, Diamond Platnumz avuga ko ashobora gushyira hanze uko mugenzi we amugambanira agamije kumuhagarika mu muziki abinyujije mu birori aba ashaka kumutumiramo. Aba bombi bafatwa nkâabarebana ayâingwe ariko buri wese agashaka kwigaragaza nkâudafite urwango kuri mugenzi we. Mu minsi mike ishize, Diamond yatangaje ko ari gutegura Wasafi […]
Kwishyura hakoreshejwe ikoranabuhanga biracyari hasi mu Rwanda
Uko iminsi igenda ishira nâiko iterambere mu ikoranabuhanga ryadukana udushya twinshi, muri two hari uguca ukubiri no kwirirwana ibiceri nâinoti mu mifuka nâibikapu hagamijwe kujya kubyishyura ibunaka, ahubwo hagakoreshwa amakarita yabugenewe. Imibare ya Banki Nkuru yâu Rwanda, irerekana ko mu myaka 8 ishize agaciro kâibikorwa byishyuwe hifashishijwe ikoranabuhanga kari ku gipimo cya 0.3% gusa, ugereranije […]
Nyarugenge/Kigali: Abaturage barataka inkoni zâumukuru wâumudugudu
Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kirwanda mu Kagari ka Kigali mu Murenge wa Kigali, bavuga ko bayobozwa inkoni, aho ngo bakubitwa nâumukuru wâumudugudu, Bavuma Steven nâabo bafatanyije kuyobora barimo abâirondo ryâumwuga. Aba baturage babwiye Radio na Tv1 dukesha iyi nkuru ko mudugudu abakubita iyo bigishwa ibyo bagomba gukora ngo bagendane neza na gahunda […]
Kigali: Umuturage yaciriwe urubanza yimwa kopi zâumwanzuro warwo
Umuturage wo Murenge wa Masoro, mu Karere ka Rulindo, Sekanyana Emmanuel aravuga ko yimwe uburenganzira bwo guhabwa impapuro ndangizarubanza mu rubanza rwâimitungo ifite agaciro ka Miliyoni zirenga 50 aburanamo na mushiki we, Eugenie Akayezu. Uyu mugabo avuga ko kuba atarahabwa izo kopi ziriho umwanzuro wâurubanza bishobora kuzarangira atsinzwe cyane ko ngo atabasha no kujuririra ku […]
USA: Abanyarwanda bemeje ko bumvirijwe na Israel kuri Whatsapp
Abanyarwanda batandatu bavuga ko bafite aho bahuriye nâibirego Kompanyi yitwa NSO yo muri Israel iregwamo byo kumviriza abantu kuri Watsapp. Nyiri Whatsapp na Facebook kuwa Kabiri tariki ya 29 Ukwakira 2019 yagejeje ikirego mu rukiko arega Kompanyi ya âSoftwareâ yo muri Israel ayishinja ko ibikoresho byâitumanaho birimo telefoni 1,400 ubutumwa bwazo bwumvirijwe. Telefoni zumvirijwe ngo […]
Chameleone yavuze icyatumye yikubita agasiga Harmonize muri sitidiyo
Umuhanzi Jose Chameleone yavuze ko icyatumye yikubita agasiga Harmonize muri sitidiyo ubwo bakoraga indirimbo âInabanaâ ari uko atishimiye uburyo mugenzi we yapangaga uko bahura. Chameleone yabwiye Bigeye ko âHarmonize yakomezaga kumubwira ngo nagende ahure na manaja we aho kugira ngo bahure bo ubwabo nta wâundi muntu ujemo hagati.â Ibinyamakuru byo muri Tanzania mu mezi ashize […]
Gicumbi: Imiryango isaga ibihumbi bibiri ntigira aho yiherera
Imiryango ibihumbi bigera kuri 41 ni yo ifite ubwiherero bwujuje ibisbwa, igera ku bihumbi 55 ntibwujuje ubisabwa ni mu gihe imiryango irenga ibihumbi bibiri nta bwiherero namba ifite. Madame Nishimwe Florence umukozi ushinzwe isuku nâisukura mu karere ka Gicumbi, mu kiganiro yagiranye nâUmunyamakuru wa Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko hari imiryango idafite ubwiherero kandi ifite […]
Brazil: Abafite abagore bemerewe kuba abapadiri
Abasenyeri ba Kiliziya Gatolika bakoze amatora yemerera abagabo bo mu gace ka Amazone muri Brasil kuba abapadiri mu rwego rwo kugeza inkuru nziza ku batuye ako gace. Iki cyemezo cyafashwe mu mpera z’uku kwezi mu matora yakozwe nâabasenyeri 180 bateraniye i Vatican, Roma mu Butaliyani. Ni nyuma yâubusabe bwa Papa Fransisiko wavuze ko ari ngombwa […]
Nyanza: Umunyamakuru uregwa ibyaha by’iterabwoba yanze abunganizi be
Urugereko rw’urukiko rurukuru ruburanisha imanza z’iterabwoba mu Rwanda rukorera mu karere ka Nyanza uyu munsi rwasubitse urubanza ruregwamo umunyamakuru Phocas Ndayizera kuko yanze abunganizi bari basanzwe bamwunganira. Phocas Ndayizera n’abandi bantu 12 baregwa umugambi wo kugirira nabi ubutegetsi bategura ibikorwa by’iterababwoba. Mu kwezi gushize urubanza rwabo rwarasubitswe kubera ikoranabuhanga. Abaregwa bo binjijwe mu rukiko baziritse […]
Col. Gikwerere Musinga bivugwa ko yarwanaga ku Banyamulenge yishwe arozwe
Umunyamulenge wari mu gisirikare cya Congo (FARDC), Col. Gikwerere Musinga wapfuye tariki ya 28/10/19, biravugwa ko yishwe arogewe hitwa Kalemi, aho yari amaze icyumweru kimwe yimuriwe. Uyu mukoloneli nkâuko amakuru yizewe Bwiza.com ifite yari umwe mu basirikare wafashaga ubwoko bwe bwâAbanyamulenge mu buryo bumwe cyangwa ubundi muri ibi bihe busumbirijwe nâibitero bya Red-Tabara ifatanyije na […]
Perezida wa Kaminuza ya CHUR yashimiye umwe mu bayobozi bayo wayihesheje ishema
Perezida wa Kaminuza ya Christian University of Rwanda (CHUR), Prof. Pierre Damien Habumuremyi yashimiye mwarimu Dr Adrie Mukashema, Umuyobozi wungirije ushinzwe amasomo muri iyi kaminuza ku bw’igihembo yegukanye. Ni igihembo cyatanzwe na Komisiyo yâIgihugu ya Siyansi nâIkoranabuhanga (NCST). Yagize ati â Turagushimiye Dr Adria kuri iki gihembo. Ikigo cyawe cya Christian University of Rwanda (CHUR), […]
Umugore wanjye yaragiye agaruka mu gitondo, mvuze ashaka kunkubita-umugabo wo mu Mujyi wa Kigali
Umugabo uvuga ko atuye muri umwe mu Mirenge yo mu Karere ka Nyarugenge avuga ko umugore we mu cyumweru gishize yavuye mu rugo amubwira ko agiye mu bukwe bwâinshuti, agaruka mu rukerera rwâundi munsi, amubajije impamvu, undi atera hejuru ashaka kumukubita. Uyu mugabo uri mu batwandikiye kuri bwiza@info.com avuga ko umugore we bafitanye umwana umwe […]
Tanzania/Tanga: Bamwe mu baturage baraye mu biti
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Handeni mu Ntara ya Tanga muri Tanzania baraye mu biti mu rwego rwo gukiza amagara yabo nyuma yâaho amazi abasanze mu ngo zabo. Umuyobozi wâAkarere ka Handeni, Godwin Gonde kuwa 28 Ukwakira yatangaje ko imvura nyinshi ikomeje kugwa mu bindi bice byâaka karere kandi ko abantu 10 bamaze […]
Rulindo: Ibyari umunsi mukuru wa mwarimu byavuyemo ubushyamirane
Ubwo hirya no hino mu gihugu hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wa Mwalimu ku wa 5 Ukwakira 2019, abo mu murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo bo ibyari ibirori byavuyemo igisa nâubushyamirane kuko hari abarimu bashinja abateguye ibyo birori kunyereza amafaranga yari agenewe uwo munsi. Abarimu batandukanye babwiye Rwandatribune dukeshya iyi nkuru ko ko mu rwego […]
Huye: Barataka ubujura butuma bararana nâamatungo
Abaturage bo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye bavuga ko basigaye bararana nâamatungo kubera ubujura bwabamazeho utwabo. Ibi babigaragarije urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha RIB ubwo rwabegerezaga Serivisi zarwo hakirwa ibibazo bitandukanye birebana nâubutabera, akarengane nâihohoterwa. Aba baturage bagaragaza ko â Babayeho mu bwoba bwo gutinya ibisambo kandi bizwi byabamazeho ibyabo bipfumura inzu,byiba amatungo,ibituma hari […]
Umwana yahiriye mu nzu mu gihe Se ari kwirebera umukino wa Arsenal yihebeye
Umwana wâumukobwa wâimyaka itandatu, Annet Namulondo yahiriye mu nzu arapfa mu Karere ka Bugiri mu gihe Se, Saleh Mukulu yari yagiye kureba umukino wahuzaga Ikipe ya Arsenal na Crystal Palace ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 28 Ukwakira 2019. Nyina wa nyakwigendera, Yudaya Namugere yabwiye The Daily Monitor ko yasize Se nâabana babo batatu […]
Abantu 9% ni bo bazi gusoma no kwandika mu bakuze bo mu Ntara yâUburengerezuba
Ubushakashatsi bwakozwe nâIshami ryâUburezi muri Kaminuza yâu Rwanda nâIkigo cyâIgihugu cyâUbusesenguzi kuri politiki nâabandi bwerekana ko mu bantu 100 bakuze bo mu Ntara yâUburengerazuba 91 baba batazi gusoma no kwandika. Ubu bushakashatsi kandi bwerekana ko nâabagize amahirwe yo kujya aho bakwiga gusoma no kwandika, 33 % byabo babashije kumenya. Buvuga ko â 14% byâabagannye aho […]
Abandi barwanyi batanu ba FLN/CNRD bafashwe baje guhungabanya umutekano mu Rwanda
Abarwanyi batanu bâinyeshyamba za FLN/CNRD bafatiwe muri Teritwari ya Walungu muri Kivu yâAmajyepfo mu rugendo rwerekeza mu Rwanda aho bari bagambiriye guhungabanya umutekano. Umuvugizi wa Operasiyo Zokola, Captain DieudonnĂ© Kasereka yabwiye Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko aba barwanyi barimo nâumwe mukuru bafashwe nâIngabo za Congo (FARDC) mu ijoro ryo kuwa 24 rishyira 25 Ukwakira 2019. […]