Ibitaro bya Ruhengeri bivuga ko abakomerekeye mu gitero cya RUD-URUNANA bashegeshwe

Umuyobozi w’Ibitaro Bikuru bya Ruhengeri, Dr. Muhire Philbert avuga ko abakomerekeye mu bitero by’inyeshyamba za RUD -URUNANA mu Mirenge ya Nyange, Kinigi na Musanze bashegeshwe n’ingaruka z’ibyababayeho. Agendeye ku kuba abaganga b’ibitaro bya Ruhengeri ari byo byavuraga abakomerekeye mu gitero cyo muri Nzeri 2019 kikica 14, aba ndi bagera kuri 18 bakajyanwa mu bitaro, avuga […]

Kayonza: Aravugwaho gukorera umugore we ibikorwa byatumye atakibasha kuvuga

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 ugushyingo 2019 bavuze ko hari umugabo witwa Vuguziga Yohani wanigaguye umugore we bikamuviramo kutabasha kuvuga. Abaturage bo muri ako gace babwiye Radio 1 ko bavuze ko uyu mugabo bakunze kwita Rukarangira ko “Uretse gutera uyu mugore […]

Ruhango: Mwanamke auawa baada ya siku chache kuachana na mumewe

Mwanamke Mukarurangwa Mkazi Tarafa ya Bweramana Wilayani Ruhango ameuawa baada ya na watu amabao hawajatambulika. Kisa hicho ni baada ya siku chache kufarakana na mumewe Lando juu ya kutoelewana. Kwa hilo, Mahakama ilitoa uamuzi kwamba mwanamke aendelee kuwalea watoto. Mashahidi wamesema, Mukarurangwa amekatwa wakati ambapo watoto hawakuwa nyumbani pia mchungaji wa ng’ombe alikuwa hayupo. Upelelezi […]

Rulindo District residents accuse leader of depriving them avocado trees seedling

Residents from Bushoki Sector in Rulindo say The Executive Secretary, Nzeyimana Pierre Claver has allegedly taken away from them 200 avocado trees seedling that were supposed to be given to the vulnerable for plantation. Nzeyimana, however, he planted the seedling in his own filed, residents told IGIHE. ” We saw him taking them away, we […]

Uganda: Ushinzwe umutekano yagejejwe mu nkiko ashinjwa kwiba umugati

Umugabo w’imyaka 23 Jimmy Opoka yagejejwe imbere y’ubutabera ashinjwa kwiba umugati, amacupa atandatu y’inzoga n’abiri ya fanta. Opoka wari usanzwe akorera kompanyi ya Saracen yagejejwe imbere y’umushinjacyaha mu rukiko rukuru, Elisabeth Kabanda kuwa Kabiri tariki ya 26 Ugusyingo kugira ngo yiregure ku byaha aregwa. Uyu nk’uko Daily Monitor ibitangaza, yanze kwemera ibyo ashinjwa, maze yoherezwa […]

Gen. Omega yongejwe ipeti ngo ayobore FDLR itorohewe mu bya gisirikare

Amakuru yashyizwe ahagaragara ni uko Maj. Gen. Pacifique Ntawunguka uzwi nka Omega yagizwe Umugaba Mukuru w’inyeshyamba za FDLR/FOCA ndetse agahabwa ipeti rya LIiyetona Jenerali (Lt. Gen.) ngo asimbure ku mugaragaro Lt. Gen. Sylivestre Mudacumura wishwe n’Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC). Iki cyemezo biravugwa ko cyafatiwe muri Gurupoma ya Tongo,Teritwari ya Rutshuro muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya […]

Haravugwa urujijo mu rupfu rw’uwacuruzaga amakara mu Gatsata

Umugore witwa Uwihirwe Aline wari mu kigero cy’imyaka 25 bamusanze mu rugo rwe yapfuye mu mudugudu wa Gashubi Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata Akarere ka Gasabo. Abaturanyi ba nyakwigendera babwiye Radio Flash dukesha iyi nkuru ko batazi uburyo yapfuyemo ariko bakekwa ko yishwe kuko ku mugoroba wo kuwa 26 Ugushyingo yari muzima. Ubuyobozi bw’Akagari […]

Gen. Mugisha Muntu yasabye Museveni guta muri yombi abaminisitiri niba ashaka kurwanya ruswa

Umwe mu batavuga rumwe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, Rtd. Maj.Gen. Mugisha Muntu avuga ko bitakoroha kumvisha Abagande ko Leta iriho irwanya ruswa kandi ba minisitiri n’abandi bategetsi baza ku isonga mu kuyirya. Gen. Muntu kuri ubu uyoboye Ishyaka Alliance for National Transformation (ANT) avuga ko Abagande bashobora kuba bibeshya ko Perezida Museveni […]

Western Rwanda: Whole sector has not yet got electricity

Only one Sector namely Nyabirasi has not yet got electricity amongst 13 that make up Rutsiro District. The Sector, according to the residents, has suffered a big loss in terms of social and economic development. Some told media that they have to got about two hours to reach in Rubavu District to access services which […]

Gisagara: Mkazi aeleza alivyopokonywa ng’ombe wake

Mkazi Wilayani Gisagara, Tarafa ya Save Kijijini Syanda, Clementine Mukeshimana ameonekana mbele ya Gavana wa Mkoa wa Kusini, Emmanuel Gasana akiwa na malalamiko ya kunyanganywa ng’ombe aliyepatiwa na serikali kwa mradi wa ‘ Gira Inka’ kumaanisha ” Miliki ng’ombe’ Mkuu wa Kijiji, alimuambia Gavana tarehe 5 Novemba kwamba Mukeshimana alinyimwa ng’ombe wake kwani hakuwa na […]

Mibirizi: Umubyeyi arashinja muganga guhugira kuri mudasobwa kugeza ubwo nyababyeyi ye yangiritse

Umubyeyi witwa Nyiragasigwa Jeanne avuga ko yagiye mu bitaro bya Mibirizi tariki ya 16 ugushyingo 2019 ubwi yari yoherejwe n’Ikigo Nderabuzia cya Nyakarenzo. Uyu mugore wari ugiye kubyara avuga ko umuganga witwa Marisiyana ngo yaramurangaranye kugeza ubwo yamuhamagaraga ngo amufashe, uyu muganga akamubwira ko niba abishoboye yakwibyaza. Uwari urwaje Nyiragasigwa Jeanne akaba na nyirabukwe, Mukantagara […]

Gasabo: Baravuga ko babangamiwe n’amafaranga bishyura nyuma yo kugurisha isambu

Bamwe mu batuye mu Karere ka Gasabo bavuga ko babangamirwa n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 30 basabwa mu gihe bagurishije isambu mu rwego rwo guhindura nyirayo (mutation). Aba baturage bavuga ko ari menshi, bityo bakifuza ko itegeko ryavugururwa bakagena uyishyura kandi ngo akanagabanywa. Ufitinema Chanelle waganiriye na Radiotv10 yavuze ko “Hashize igihe abaturage bagaragaza ko batumva […]

Goma: Uko umwana umwe yarokotse impanuka y’indege yahitanye ab’iwabo

_109883756_nelsonasani.jpg

Umwana wiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza witwa Rene wari wagiye kugura umugati na Se wari utari mu rugo ni bo barokotse impanuka y’indege yaguye ku ngo z’abantu kuwa 24 Ugushyingo mu Mujyi wa Goma. Umwe mu baturanyi b’uyu muryango, Nelson Asani yavuze ko iyi mpanuka yabaye mu gitondo areba. Yabwiye BBC dukesha iyi […]

Fresh graduate found dead in Kigali

A Christian University of Rwanda fresh graduate, Donath was found dead by his two roommates in Kimisagara Sector, Nyarugenge District yesterday. The owner of the house that the trio rent, Mary Mukamuraza told the media that Donath was healthy before he went to sleep last night. ” He was healthy before he went to sleep, […]

Rwanda: Vingozi kutatua changamoto zinazowakabili mashoga

Baadhi ya viongozi wa ngazi za chini Mjini Kigali wamekusanyika na kutoa wito wa kutoa masuluhisho ya matatizo ya wapenzi wa jinsia moja. Mkutano uliotokea Alhamisi uliwahamasisha viongozi kutoa mchango wao kudhibiti ubaguzi na unyanyasaji unaowakumba mashoga nchini Rwanda. Viongozi wamezinduwa kuhusu namna ya kuwapa mashoga huduma sawa. Kiongozi wa Shilika la Hope and Care, […]

Inengwa ry’amatora muri Tanzania, intandaro y’isubikwa ry’inama ya EAC

Biravugwa ko isubikwa ry’inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), kuwa 30 Ugushyingo, yasubitswe ku bw’ubusabe bwa Tanzania iri mu matora mu nzego z’ibanze, atavugwaho rumwe n’abatavuga rumwe na Leta. Ibaruwa yo kuwa 18 Ugushyingo yasinywe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamenyeshaga Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Liberat Mfumukeko, […]

Muri Uganda haracyari ahantu hateje ikibazo ku Banyarwanda-Amb. Nduhungirehe

capture-9.png

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko bikigaragara ko muri Uganda atari ahantu horoheye Abanyarwanda. Abanyarwanda mu mpera z’ukwezi kwa Gashyantare 2019, ‘bagiriwe inama’ yo kuba baretse kujya muri Uganda. Ni nyuma y’ifungwa, ubwambuzi, iyicarubozo byagiye bikorerwa bamwe muri bo bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda. […]

Gukora mu Ntara y’Iburasirazuba bizajya bisaba gukora inyandiko yiyemeza kudashuka abakobwa

Intara y’Iburasirazuba yatanze amabwiriza ko umuntu wese ushaka gutangira kuyikoreramo azajya akora inyandiko yemeza ko atazigera yiruka inyuma y’abana b’abakobwa bakiri bato. Aya mabwiriza aregaba uwifuza gukorera mu turere turindwi tugize iyi ntara, biteganyijwe ko azagezwa no mu bikorera ndetse no mu miryango itegamiye kuri Leta (ONG) nk’uko The Chroniles ibitangaza. Ibi byatangajwe na Guverineri […]

Kigali: Amehukumiwa kufungwa maisha jela aliyekuwa mlinzi wa rais

Mahakama ya rufaa Mjini Kigali imeamua afungwe maisha jela Luteni Joel Mutabazi ambaye aliyewahi kuwa mmoja mwa walinzi wa Rais Kagame. BBC imeripoti kuwa Mutabazi amesaini hukumu kwa akiwa na furaha usoni. Mwaka 2014, Mutabazi alihukumiwa kufungwa maisha jela kwa masthaka ya uhalifu wa vitendo vya ugaidi na kulenga kumuua Rais Kagame. Tangu kesi hii […]

Impunzi zivuye muri Libya zitegerejwe mu Rwanda mu masaha macye

Icyiciro cya gatatu cy’impunzi 120 zivuye mu bigo bibacumbikiye muri Libya biteganyijwe ko zigera i Kigali mu Rwanda mu ijoro ry’ejo ku cyumweru. Mu kwezi kwa cyenda u Rwanda rwemeye kwakira impunzi 500, muri Libya hari ababarirwa ku 2,000 babuze amajyo nyuma yo kubuzwa kwambuka inyanja ya MĂ©diterranĂ©e ngo bajye i Burayi. Mu mpera y’ukwezi […]

Nyagatare: Umwarimu akurikiranweho kugira umugore umunyeshuri w’imyaka 16

Umwarimu witwa Gakuru Jean DamascĂšne wigisha ku Ishuri Ribanza rya Akayange riherereye mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo kugira umunyeshuri w’imyaka 16 yigishaga umugore we. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ugushyingo 2019, ni bwo Gakuru yatawe muri yombi, nyuma yo gusanga yabanaga n’umwana yigishaga nk’umugore […]

A woman arrested with more than 5,000 pellets of cannabis

A woman suspected of being a drug dealer was arrested on Wednesday in Muyira Sector of Nyanza District, in a targeted operation conducted by the Rwanda National Police (RNP) Anti-Narcotics Unit (ANU). Liliane Musabinema, 31, was at the time of her arrest found in possession of 5,200 pellets of cannabis. Chief Inspector of Police (CIP) […]

Batewe inkeke n’abiyitirira abakozi ba REG

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Gakoro Umurenge wa Gacaca baravuga ko bahangayikishijwe n’abantu baza biyita abakozi b’ikigo gishinzwe ingufu z’amashanyarazi (REG) maze bakabaka amafaranga kugira ngo babafashe. Bamwe mu baturage batuye muri aka gace baganiriye na Flash baravuga ko bahangayikishijwe n’abantu baza biyita ko ari abakozi ba REG maze bakurira amapoto ibintu bishobora kubaviramo […]

Muhanga: Ubuyobozi buratabaza ku bw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline avuga ko bakeneye gukorerwa ubuvugizi nk’akarere kugira ngo bahangane n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe. Imirenge 11 kuri 12 igize akarere ka Muhanga yose icukurwamo amabuye y’ agaciro. Henshi mu haboneka aya mabuye muri iyi mirenge acukurwa mu buryo butemewe n’ amategeko. Meya Kayitare yabwiye TV 1 ko kuba Kompanyi zicukura […]

Abatuye Kimisagara bavuga ko hari agashyamba kabateye ubwoba

Abaturage bakoresha inzira ica mu gashyamba kazwi nka Busika mu murenge wa Kimisagara ho mu karere ka Nyarugenge baravuga ko babangamiwe n’amabandi aba muri iri shyamba, abatega akabambura ku manywa y’ihangu. Aba baturage bavuga ko muri ako gashyamba hateye ubwoba kugeza ubwo ugiye kuhanyura agomba gutegereza abandi nibura ngo bahanyure bamaze kuba benshi. Agashyamba ka […]

Kupachikwa mimba na nduguye kulimfanya awachukie wanaume

Msichana mkazi Wilayani Nyagatare ameweka wazi alivyopachikwa mimba na ndguguye, jambo lilikuwa chanzo cha kuwachukia wanaumwe. Msichana huypo, amesema kuwa aliwachukia wanaume hadi baba yake. ” Ilikuwa ni tatizo nyumbani, baba alikuwa karibu kuamua kuhama nyumbani kwa ajili ya chuki yangu” Ameambia KT Press “Baada ya kuwa mja mzito, sikutaka hata kuzaa mtoto wa kike, […]

Ruhango: Abaturage bavuga ko banywa amazi asa na kaki

Abaturage bo mu Mirenge ya Kinazi, Mbuye na Ntongwe mu Karere ka Ruhango bavuga ko bakoresha imirimo yose ikenere amazi y’ibirohwa, afite ibara rya kaki. Ubusanzwe amazi meza nta bara agira, ariko aba baturage babwiye TV 1 ko uretse no kuba aya mazi ari mabi yikidendezi cyitwa Akabebya, bayavoma baturutse kure, atari ukuyakunda ahubwo ko […]

Amavubi ntazitabira CECAFA izabera muri Uganda ku bw’amikoro macye

Ikipe y’Umupira w’Amaguru y’u Rwanda, Amavubi, ntizitabira imikino ya CECAFA Senior Challenge izabera mu gihugu cya Uganda mu kwezi gutaha k’Ukuboza, 2019 kubera ‘amikoro macye’. Aya makuru yemejwe na Minisiteri ifite Siporo mu nshingano zayo mu Rwanda nk’uko ikinyamakuru Funclub cyandika inkuru z’imikino kibitangaza. Umuyobozi w’Agateganyo wa Siporo muri iyi minisiteri yavuze ko nta mikoro […]

Abaturage batinye kubwira Guverineri Munyantwari byinshi ku marozi y’i Rusizi

Benshi mu baturage bo mu Murenge wa Gitambi wo mu karere ka Rusizi bagize ubwoba bwo kubwira Guverineri w’Intara y’Uburengererazuba, Alphonse Munyantwari byinshi ku marozi bavuga ko abateye inkeke. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB mu Kwakira uyu mwaka, rweretse abaturage Umuyobozi w’akagari ka Hangabashi wungirije ushinzwe iterambere n’umuhuzabikorwa wa Dasso mu Murenge wa Gitambi wo mu […]

Abubatse inkambi y’impunzi zavuye muri Libya baratabaza

Bamwe mu bubatse inzu zo mu nkambi ya Gashora, yakiriye impunzi zivuye muri Libya baravuga ko bamaze ibyiciro bitatu (3 Quinzenes) badahembwa, bikaba byaragize ingaruka ku mibereho y’imiryango yabo. Aba bakozi bari gutegura izindi nyubako zizakirirwamo izindi mpunzi n’abimukira bavuga ko bamaze Ibyiciro bitatu (By’iminsi 15 kuri buri kimwe) badahembwa mu gihe ubusanzwe bahemberwa iminsi […]

Only 4 pct of Rwandans wash hands

Ninety-six Rwandans out of 100 do not wash their hands ahead of doing things like breast feeding, going to their works and even after bathroom, the study has revealed It was revealed on November, 19 while celebrating International Day for washing hands in Rusizi District. Muvunyi Zubeli, Official in Charge of Treatment activities in Rwandan […]

Gicumbi: Imirwano yadutse mu rusengero ubwo umwe yahanuraga

Hadutse icya kwitwa imirwano mu masengesho yo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ugushyingo, mu itorero rya ADEPR Bugunga mu Murenge wa Byumba, mu karere ka Gicumbi bitewe n’ukutumvikana hagati y’abakirisitu kwakuruwe n’ubuhanuzi bw’umwe muri bo. Izi mvururu zadutse ubwo umwe mu bakiristu yuzuraga umwuka, afata mikofone ahereza undi mukiristu ngo amusemurire ibyo yavugaga […]

Kusini/Ruhango: Wakazi waishi katika hofu juu ya wizi wa usiku

Wakazi Kijijini Nyamagana, Tarafa ya Ruhango, Wilayani Ruhango wametangaza kusihi kwa woga kwa ajili ya wizi wa eneo maarufu kama Muyurupfu, kumaanisha ‘njia ya kifo’. Wamesema njia hio karibu na msitu kunapatikana wavuta bangi na wizi wa mali za wapita njia. Stanislas Byamana amesema hawezi kupita njia hio ikiwa na juu ya saa moja usiku. […]

Two in custody over poisoning two kids

Rwanda Investigation Bureau have arrested a maid identified as Claudine Nyirarukundo, suspecting her of poisoning and dumping the bodies of two children from a family where she has been working. The bodies of Aswab Mudatenguha, from the family of Ahmed Nsengiyumva, and his cousin Afia Benimana, both three years old, were found in a pit […]

Hari ibinini bikorerwa muri Kenya bitemewe gucururizwa mu Rwanda

Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) cyakumiriye ku isoko ubwoko bwa Paracetamol bwitwa ‘TOTO-MOL’. Paracetamol yakumiriwe ku isoko ni isukika ifite ibirango bya 120/5ml (TOTO-MOLÂź). Ni icyiciro cy’imiti gifite nimero 73718, ikaba yarakozwe muri Gashyantare 2019 yagombaga kurangira muri Mutarama 2022. Yakozwe n’Ikigo, Laboratory and Allied Ltd cyo mu Mujyi wa Mombasa muri […]

Inyeshyamba zitamenyerewe zigambye igitero cyagabwe mu Burundi

Umutwe w’inyeshyamba udasanzwe umenyerewe mu matwi ya benshi, FRB-Abarundi ni wo wigambye ko wagabye igitero kuwa 17 Ugushyingo, ku birindiro by’ingabo z’u Burundi bikagwamo abatari bake. Izi nyeshyamba zivuga ko ziharanira impinduramatwara mu Burundi nk’uko mu itangazo zashyize hanze nk’uko inkuru ya Igihe.com ivuga. Zavuze ko ari zo zagabye igitero ku birindiro by’igisirikare cy’Uburundi ku […]

FARDC yahashije bikomeye ADF-NALU mu mirwano y’ahiswe Mpandeshatu y’urupfu

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, ziri igamba insinzi mu guhashya umutwe w’inyeshyamba z’abagande ADF- NALU mu mirwano yabereye ahiswe Mpandeshatu y’urupfu ku wa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2019. Iyi mirwano yabereye ahitwa Mapobu ya gatatu haherereye hagati y’icyaro cya Mapobu ndetse n’Ikirombe cya Mapobu ahiswe Mpandeshtau y’urupfu. Mu mirwano yamaze icyumweru, […]

Dr Sebarenzi yavuze ingaruka z’icyemezo cya Perezida Trump ku Burundi

Uwahoze ari Perezida w’inteko ishinga amategeko mu Rwanda (1997-2000), Joseph Sebarenzi Kabuye avuga ko icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump cyo kugumisha Uburundi mu bihugu biri mu bihe bidasanzwe kizagira ingaruka nyinshi. Mu nyandiko iri ku rubuga rw’Ibiro bya perezida wa Amerika, Trump amenyesha inteko ati “Ibintu mu Burundi byakomeje […]

Icyambu cyo ku butaka cya Kigali kigiye kongererwa inshingano z’ubucuruzi

Ba nyir’icyambu cyo ku butaka DP World, World Kigali Logistics Platform bavuga ko bashaka ko kijya ku rwego rw’akarere, kigahuzwa n’ibyo gucuruza hakoreshejwe ikoranabuhanga. Umuyobozi Nshingwabkorwa wa Customs Worlds, Nadya Abdullah Al Kamali, mu nama ya Global Business Forum yabwiye abanyamakuru ko ibikorwa by’iki cyambu bashaka kubihuza n’ubucuruzi bw’ikoranabuhanga (e-commerce). Ati “ Dufitiye gahunda nini […]

Rubavu: Akurikiranweho kwica aroze abana akabajugunya mu cyobo bagisamba

Umukozi wo mu rugo Nyirarukundo Claudine yatawe muri yombi akurikiranweho kwica aroze abana babiri bimyaka itatu b’aho yakoraga, akabajugunya mu cyobo bagisamba. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kandi bwafashe mukase w’aba bana akurikiranweho ubufatanyacyaha. Iby’uru rupfu byamenyekanye ku wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2019 ubwo imirambo y’aba bana Mudatenguha Aswab mwene Nsengiyumva Ahmed na mubyara we Benimana […]

Dead body of a teen girl found in Kigali

A body of unidentified girl was found yesterday in Nyarugenge Sector of Nyarigenge District in Kigali City. The body was dicovered by a farmer namely Uwamurera, who said it was found laying in the back yard of one, Nshimiyimana Marack. It seemed there was a fight in a field where she was laying, the witness […]

Rwanda: Aliyekuwa waziri aachiwa kwa dhamana

Mahakama ya Msingi Mjini Kigali imeamua kumuacha huru kwa dhamana aliyekuwa Waziri wa Utamaduni na Michezo, Robert Bayigamba. Bayigamba alikamatwa tarehe 22 Octoba juu ya tuhuma za kununua mali za watu kinyume na sheria. Mahakama imesema hakuna sababu maaalumu zinazeweza kumfanya Bayigamba aendelee kufungwa. Upande wa mwendeshamashtaka umepewa siku tano kupiga rufaa ya uamuzi huo. […]

Kicukiro/Kigarama: Barashinja irondo kubatererana igihe batewe n’amabandi

ebef3f47-eaf6-4713-bb1e-9b1727ef0f17.jpg

Abaturage bo mu Mudugudu wa Terimbere, Akagari ka Karugira mu Murenge wa Kigarama baravuga ko iyo batabaje irondo ry’umwuga by’umwihariko n’ijoro igihe batewe n’amabandi, ribatererana. Umwe muri abaturage witwa Emmanuel Kamanzi yabwiye Bwiza.com ko mu saa mu nani z’ijoro haje amabandi ashaka kumwiba, atabaza umuyobozi w’umudugudu ngo atabarwe ariko biba iby’ubusa. Ati “ Amabandi yaje […]

Ibihe Uburundi burimo bishyira igihugu n’akarere mu kaga-Perezida Trump

Perezida Donald Trump wa Amerika yongeye kwandikira inteko ishinga amategeko y’igihugu cye ayimenyesha ko abona ari ngombwa kugumisha u Burundi mu bihe bidasanzwe. Ni icyemezo yafashe kuva mu kwezi kwa 11/ 2015 yavuguruye akakigumishaho mu 2017 na 2018 n’ubu akaba yongeye kuvuga ko cyakomeza kubahirizwa kuva nyuma ya tariki 22/11/2019 nk’uko BBC dukesha iyi nkuru […]

Umugore wa Rwigara yagaragaye asengera mu itongo ry’ahahoze hoteli y’umuryango we

rwigara.jpg

Umugore wa Rwigara Assinapol, Adeline Mukangemanyi Rwigara yagaragaye kuwa Mbere tariki ya 18 Ugushyingo apfukamye mu kibanza cy’ahahoze hoteli y’umuryango we mbere y’uko isenywa mu 2015. Adeline Rwigara usa n’aho aba ari gusenga, harebwe uko aba apfukamye, atuje mu kibanza cyahoze mu hoteli y’inyenyeri enye, Premiere Hotel, avuga ko yagannye Imana ngo ayiture ibibazo afite […]

Perezida Kagame yagarutse ku cyorohereje uruganda rwa Volkswagen gukorera mu Rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko amavugurura y’ubucuruzi no koroshya ishoramari iki gihugu cyakoze yagize akamaro ku buryo yafashije uruganda rw’imodoka rwa Volkswagen ruhitamo kuhakorera. Mu ijambo rye i Berlin mu Budage kuri uyu wa Kabiri, aho yitabiriye inama y’ishoramari ihuza ibihugu 20 bikize ku Isi n’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika, izwi nka […]

Rwanda: Serikali yapiga marufuku jambo la kupiga magoti kwa kuomba uchumba

Tume Kuu ya Lugha na Utamaduni nchini Rwanda, RALC imewashauri vijana kukoma kupiga magoti ili kuomba wasichana kama watakubali kufunga ndoa nao. RALC imesema jambo hilo ni kinyume na desturi na pia mila za Rwanda. “ Nawapinga mno wale wanaoiga magoti. Unaona mambo hayo katika vyombo vya habari bila familia kujua.” Amesema Dk. Nzabonimpa Jacques. […]

Nyamagabe: Barataka gusiragizwa umwaka urenga basaba ingurane y’ibyabo byangirijwe

Abaturiye umuhanda Huye-Kitabi mu Karere ka Nyamagabe barataka kumara umwaka wose basiragizwa n’ubuyobozi bashaka ingurane y’imitungo yabo yangirijwe mu iyubakwa ry’umuhanda. Aba baturage bavuga ko bamze umwaka urenga bategereje ibngurane y’imitungo yabo, ariko bakaba barahebye. Nsekalije Leonard avuga ko amaze gusiragira inshuro nshinshi ku karere ariko kugeza ubu amaso yaheze mu kirere. Yagize ati ”Kuba […]

Promoters to pay taxes for foreign artists invited for a show in Rwanda

Rwanda Revenue Authority (RRA) has told events organizers and promoters that there will be charged taxes from shows perfomed by foreign artists. During a consultative meeting between promoters, RRA staff, and artistes, it was emphasized that artistes should understand workings and why they should pay. RRA representative, Innocent Kayitana told local newspapers that normally there […]

USA: Urujijo ku rupfu rw’Umunyarwanda wiciwe hafi y’akabari

gakuba.jpg

Hakomeje kuba urujijo ku rupfu rw’Umunyarwanda, Yves Gakuba wabaga muri Leta ya Colarado wishwe nyuma yo kuva mu kabari kuwa 2 Ugushyingo hafi y’ahitwa Mariposa. Gakuba w’imyaka 34 nk’uko CBS4 dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru y’uko uyu Munyarwanda yishwe yamenyekanye nyuma y’aho yari avuye mu Kabari kitwa Pioneer kari hafi na kampisi (Campus) ya […]

Gicumbi: Hari abajya muri Uganda ntibagaruke abandi bakaburirwa irengero

Abaturage bo mu Mirenge y’Akarere ka Gicumbi bavuga ko hari abaturage bajya muri Uganda bavuga ko bagiye gushaka imirimo muri Uganda ntibagaruke mu gihe hari n’ababurirwa irengero. Umwe mu baturage yabwiye City Radio dukesha iyi nkuru ko abaturage bambuka mu buryo butemewe, bavuga ko bagiye gusoroma icyayi. Bavuga ko kuba baba begereye Uganda, bituma batajya […]

Huye: Bamwe bakomeretse abandi barakubitwa barwanira inzoga zamenetse mu muhanda

inzoga.jpg

Umwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukura, mu Karere ka Huye yakomeretse abandi barakubitwa, mu bushyamirane bw’inzoga zakomotse ku modoka yari izitwaye nyuma igafungukira mu muhanda rwagati. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ugushyingo nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bitangaza, ngo ubwo inzoga zamenekaga mu […]

Kigali: Kumepatikana maiti ya msichana ikivaa uchi

Maiti ya msichana ambaye anadaiwa kuwa ni kutola Wilayani Gakenke imepatikana mjini Kigali, mtaani Gatsata ikivaa uchi. Inatuhumikakwamba aliuawa lakini kumepatikanavikaratasi kutoka hospitalini, jambo ambalo linaleta wazo kuwa ameuawa. Kwa mujibu wa Tovuti Umuseke, mashahidi wamesema, maiti ilikuwa na jeraha kwenye paja na kulikuwa kamba karibu na shingo lake. Msemaji wa Polisi Mjini Kigali, CIP […]

More than thousand toll free calls intended to insult police, reports

Rwanda National Police (RNP) has provided toll free numbers to the general public, a common practice in any police organization worldwide yet reports say some individuals use them what they are no meant to. RNP recent report indicates that 1,092 calls intended to insult police. Regarding the issue, The RNP Spokesperson, CP Jean Bosco Kabera […]

Muhima: Hari ibicuruzwa byavaga muri Uganda byabuze burundu

Nyuma y’aho umubano mubi hagati ya Uganda n’u Rwanda ufatiye intera, Abanyarwanda ‘bakagirwa inama’ yo kutajya muri Uganda, bimwe mu bicuruzwa byatangiye kubura, nyuma bigura igiciro kiri hejuru kugeza n’aho bimwe bibuze burundu ku isoko. Bwiza.com yanyarukiye mu Murenge wa Muhima, Mu Kagari k’Amahoro mu Karere ka Nyarugende ngo imenye byinshi kuri iyi ngingo. Iki […]

Hari umwuka w’intambara hagati y’u Rwanda na Uganda- Dr. Besigye

Umwe mu bayobozi bakomeye batavuga rumwe na Leta ya Uganda, Col (Rtd) Dr. Kizza Besigye Kifefe avuga ko ubu hari umwuka w’intambara hagati y’u Rwanda na Uganda. Mu nkuru ya The Eastafrican yo kuwa 17 Ugushyingo mu kiganiro yagiranye n’iki kinyamakuru, Besigye yavuze ku ngingo nyinshi zitandukanye, ageze ku buryo abona umubano hagati y’u Rwanda […]

Uzigerezaho akatsa umuriro azicuza icyo yawakirije-Perezida Nkurunziza

Perezida Nkurunziza akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’Uburundi avuga ko uwo ari we wese washaka kugaba igitero ku Burundi, yaba yigerejeho kandi ko byarangira yicuza icyatumye agira icyo gitekerezo. Mu ijambo risoza icyumweru ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi ryise icyumweru cy’intwari, yavuze ko urugamba rw’amasasu rwarangijwe n’ishyaka rye ariko ko uwashaka kugarura urwamo rw’imbunda, […]