Uwo ari we wese nta burenganzira afite bwo kugarura amacakubiri- Min. Kaboneka

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kaboneka Francis avuga ko nta muntu ufite uburenganzira bwo kugarura mu Banyarwanda amacakubiri cyangwa ingengabitekerezo ya jenoside, ko n’uwabigerageza yabihanirwa n’amategeko. Min. Kaboneka yabitangaje ku wa Kane tariki ya 21 Kamena 2018, mu muhango kwibuka abakozi bakoreraga Minisiteri zitwaga MINITRASO, MINIFOP na MININTER bazize Jenoside yakorewe Abatutsi. Yagize ati “Uwo ari we […]

Rusizi: Yafatanywe ibiro 70 by'urumogi yageragezaga kwinjiza mu karere

Ahagana saa mbiri z’ijoro ryo ku wa 20 Kamena uyu mwaka, Polisi mu karere ka Rusizi yafashe uwitwa Ndayisaba Celestin arimo kwinjiza muri aka karere ibiro 70 by’urumogi. Uyu musore w’imyaka 29 y’amavuko yafatiwe mu kagari ka Kacyangugu, mu murenge wa Kamembe ubwo yari akimara kwinjiza urwo rumogi muri aka gace k’Igihugu arukuye muri kimwe […]

Burundi: Nzopfabarushe wavuze ko abarwanya Leta bazicwa bakajugunywa mu kiyaga yafunguwe

Umuyoboke ukomeye w’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Melchiade Nzopfabarushe wari wafunzwe ashinjwa gukwirakwiza ibihuha bituma abatuarage bahungabana, yafunguwe. Ibiyaha Melchiade Nzopfabarushe yashinjwaga birimo gutera ubwoba, kugumura, gukwirakwiza ibihuha byatuma abaturage bahunga, guteranya abaturage na Leta ndetse no guhimbira ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi. Melchiade Nzopfabarushe yafunguwe ku wa Gatatu tariki ya […]

Huddah Monroe uvuga ko akijijwe n’igitsina cye, yifuza kuzajya agenda yambaye ubusa- AMAFOTO

Umunyamideli Ukomeye muri Kenya, Huddah Monroe avuga ko yishimira uburyo ateye, bityo akaba yumva ari ibishoboka yajya agenda yambaye ubusa. Huddah Monroe, ni umunyamideli ukunze gutangaza amagambo ku mbuga nkoranyambaga n’amafoto ye agaragaza ubwambure, rimwe na rimwe akavugisha benshi. Aganira na Times FM yagize ati “murabizi ko nkunda umubiri wanjye cyane, iyaba byari ibishoboka buri […]

Cameroun: Abashinzwe umutekano 81 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu ntara zikoresha Icyongereza

Abasirikare 74 n’abapolisi 7 kuva mu mpera za 2017 bamaze kwicirwa mu makimbirane akomeje guhuza inzego z’umutekano n’abaturage bo mu bice bikoresha Icyongereza muri Cameroun mu gihe abasivili basaga 100 nabo bishwe nk’uko imibare yatanzwe n’ubuyobozi ivuga. Abasivili basaga 100 bamaze kwicwa guverinoma ya Cameroun ivuga ko nabo bishwe n’intagondwa z’abaturage zitwaje ibirwanisho mu gihe […]

Umujyi wa Kigali watsindiye kuba icyicaro cy’ishyirahamwe nyafurika ry’ubukemurampaka

Nyuma y’amatora y’abakemurampaka muri Afurika yakorewe kuri interinet, byatangajwe ko Umujyi wa Kigali ari wo wegukanye umwanya wa mbere bityo ugirwa icyicaro cy’ishyirahamwe ry’ubukemurampaka muri Afurika (Africa Arbitration Association.) Nk’uko byatangajwe n’ Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo nkemurampaka cya Kigali (KIAC) Dr. Masengo Fidele, ngo umujyi wa Kigali watsinze ku bwiganze bw’amajwi 62%, nab o bakaba barabimenyeshejwe […]

Abaganga batagira umupaka barashinjwa gusambanya abo bashinzwe kuvura muri Afurika

Mu gihe abaganga batagira umupaka (Medecins Sant Frontiers) bakoreraga ku mugabane w’Afurika, bashinjwa gusambanya abo bari bashinzwe guha imiti abandi bagacyura indaya zabigize umwuga. BBC ivuga ko umwe mu bagore bahoze bakorera uyu muryango utatangarijwe amazina ku bw’umutekano we, avuga ko umwe mu bayobozi bakuru b’uwo muryango yavuze ko byashobokaga gutanga imiti ku barwayi ari […]

Uganda: Gen. Kale Kayihura arahakana uruhare urwo ari rwo rwose mu gucyura ku ngufu impunzi z’Abanyarwanda

Uwahoze ari umukuru w’igipolisi cya Uganda arahakana uruhare urwo ari rwo rwose mu gucyura impunzi z’Abanyarwanda ku ngufu nyuma yo kubazwa na none urhare rwe mu iyicwa ry’uwari umuvugizi w’igipolisi Andrew Kaweesi. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano aravuga ko hari abapolisi bamaze gutabwa muri n’igisirikare bashinjwa ibyaha bakoze bitwaje kuba ari abapolisi, bavuze ko bacyuraga […]

Rwamagana: Abanyerondo baratabaza kubera uruhuri rw’ibibazo bibugarijwe

Abakora irondo ry’umwuga mu mirenge ya Gishari, Kigabiro na Munyaga barasaba ubuyobozi guhagurukira ibibazo bibugarije bahurira nabyo mu gucunga umutekano w’abaturage.   Bavuga ko bahura n’ibisambo byitwaje intwaro gakondo bikabakomeretsa ntibabashe kuvuzwa kubera kutagira ubwishingizi.   Abakora irondo ry’umwuga mu murenge wa Gishari baterwa impungenge no kudatabarwa n’abaturage igihe bahuye n’ibisambo bitwaje ko bahemberwa kurara […]

Abihaye Imana barashinja Octavien Ngenzi kuba rusahurira mu nduru mu gihe cya jenoside

Ubuhamya bwa Frederic Rubwejanga, wahoze ari Musenyeri mukuru wa Kibungo na Philippe Rukamba, kuri ubu ukuriye Diocese ya Butare, mu rubanza rwa Octavien Ngenzi na Tito Barahira kuri uyu wa gatatu, itariki 20 kamena,  buragaragaza inyungu z’ubukungu zari zihishe inyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ubuhamya budatandukanye n’ubwa Padiri Oreste Incimatata na padiri Innocent Rukamba. Uyu […]

Haracyari impungenge ku ihererekanywa ry’amafaranga hakoreshejwe ikoranabuhanga

U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bitandukanye ku isi bimaze kwinjira mu ikoranabuhanga rijyanye n’ihererekanya ry’amafaranga hadakoreshejwe inoti cyangwa ibiceri. Uretse uburyo bwari bushanzwe bukoreshwa na sosiyete z’itumanaho mu Rwanda bwo kogererezanya amafaranga nka Mobile Money, Tigo Cash na Airtel Money, amabanki nay o ntiyatanzwe mu bikorwa nk’ibyo byo kwishyura hadakoreshejwe inoti cyangwa ibiceri yewe na […]

Espagne Vs Portugal: Umuvuduko wa Cristiano Ronaldo wari 38,9 km/h

Mu mukino wabaye ku wa Gatanu tariki ya 15 Kamena 2018, wahuje ikipe y’igihugu cya Espagne n’iya Portugal, icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo yatsinzemo ibitego bitatu biba iby’amateka. Muri uyu mukino Cristiano yigaragarijemo bidasanzwe, ikinyamakuru 7sur7 gitangaza ko umuvuduko yakoresheje uru hejuru cyane, akaba yarirutse ku muvuduko 38,9 km/h. Uyu muvuduko udasanzwe uyu musore w’imyaka […]

Irebere umugore uvuga imyato inkari z'imbwa ye – Amafoto

Umugore w’umunyamerika utamenyekanye amazina yahamije ko atunzwe n’inkari z’imbwa ye zikamufasha kwivura indwara yamujujubije y’ibiheri bitutumba ku ruhu (kanseri y’uruhu). Ubwo yabazwaga ku kuri kwibyo avuga yagize ati”Benshi muri mwe akenshi muhara mu mbaza imbamvu ngaragara neza, cyangwa se ibirungo by’ubwiza nkoresha bigatumba nsa neza nk’uku. gusa nagirango mbabwire ko ibi byose mbikesha inkari Z’imbwa […]

Aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw’indani yaba ari uwo hanze ikibazo cye kizakemuka – RDF

Igisirikare cy’u Rwanda kirizeza ko abantu abaherutse kugaba igitero mu Murenge wa Nyabimata, mu Karere ka Nyaruguru , bakica abaturage babiri babarashe ndetse bagakomeretsa abandi, bazamenyekana kandi n’abaturage bakabibona kuko hari abatangiye gukurikirana iki kibazo. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Lt Col Innocent Munyengango, akaba avuga ko aho umwanzi yaba aturutse hose, yaba ari uw’indani yaba […]

Isaranganywa ry’ingengo y’imari ryarushijeho kunozwa harebwa ibikorwa byihutirwa- Hon. Muhongayire

Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari ubwo yagezaga ku Nteko rusange raporo ku isuzumwa ry’umushinga w’ingengo y’imari ya Sena y’umwaka wa 2018/2019 , yatangaje ko isaranganywa ryayo ryarushijeho kunozwa. Ku wa Gatatu tariki ya 20 Kamena 2018, ubwo Perezida w’iyi kimisiyo, Hon. Muhongayire Jacqueline yasobanuriraga Inteko rusange ibikubiye muri iyo raporo, yavuze ko ingengo y’imari yanogejwe cyane […]

Perezida Trump yisubiyeho ahagarika ibwiriza ryo gutandukanya abana b’abimukira n’imiryango yabo

Perezida wa Amerika Donald Trump yavuye ku k’ejo yemera guhagarika ibwiriza ryo gutandukanya abana b’abimukira n’imiryango yabo, ibikorwa byari bimaze guca hafi isi yose umugongo. Perezida Trump yafashe uyu mwanzuri nyuma y’igitutu yari amaze iminsi ahyirwaho n’abo bakorana baba abademokarate, Abarebublicains ndetse n’imiryango mpuzamahanga itandukanye  ifite uburenganzira bw’abana mu nshingano. Guhera mu kwezi kwa Gicurasi […]

Kuba muri sosiyete sivile ntibikwiye kubangikanywa no kuba mu nzego za Leta zifata ibyemezo

Mu gihe hagitegerejwe itegeko na politiki bizagenga sosiyete sivile mu Rwanda, bamwe mu bagize imiryango iyihuriyemo barasanga nta munyamuryango wabo ukwiye kuba ari muri zimwe mu nzego za Leta zifata ibyemezo, kuko byatuma adatanga umusaruro, bikanagabanya icyizere abaturage bari baitiye iyo miryango.   Bamwe mu bagize imiryango ya sosiyete sivile basanga hari imyanya idakwiye kubangikanywa. […]

Arabaza: Ese umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?

Iki ni kimwe mu bibazo biba byabajijwe n’abakunzi b’iki kinyamakuru Bwiza.com, bibaza cyane ku kunyara k’umugore, bikanaba ngombwa kwibaza niba umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore we. Ibisubizo bitangwa n’abantu batandukanye babajijwe kuri iyi ngingo, bubatse ingo kandi banemeza ko bafite ubuhamya kuri iki cyo kunyaza cyangwa kunyara k ‘umugore. Ati“Reka reka, nta naho bihuriye, […]

Burundi: Polisi yataye muri yombi abafaransa bane

Igipolisi cy’u Burundi kiremeza amakuru avuga ko cyateye muri yombi abantu bane bari bafite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, bakaba bashinjwa guhungabanya ubutunzi bw’u Burundi. Ku wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena 2018, nibwo bafatiwe mu Mujyi wa Bujumbura bari kumwe n’undi muntu umwe ufite ubwenegihugu bw’u Burundi. Umuvugizi w’igipolisi, Pierre Nkurukiye, avuga ko abo bantu bafashwe […]

Burundi: Umukobwa w’imyaka 20 yatemaguwe bikabije

Umukobwa w’imyaka 20 witwa Dorine Niyizomburanira, mu gihugu cy’u Burundi, mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 18 Kamena yakomerekejwe bikomeye mu maso, ku kaboko no mu mutwe nyuma yo gutemagurwa n’umuntu bikekwa ko ari umugabo wamuteye inda. Ni icyaha cyakozwe ahagana saa 20:00 z’ijoro ku gasozi ka Nyamiyaga, muri Zone Muriza, yo […]

U Burusiya: Umunyamakurukazi w'imikino yakorewe ihohoterwa mu ruhame

Umunyamakurukazi Julieth Gonzalez Theran ukomoka mu gihugu cya Colombia aherutse gukorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina ubwo yarimo avuga amakuru y’imikino ku gikombe cy’isi kiri kubera mu gihugu cy’u Burusiya. Uyu mugore ubusanzwe ukorera Televiziyo y’Abadage ya Deutsche Welle yari ahagaze mu mujyi Saransk rwagati mu gihugu cy’u Burusiya ari kuvuga amakuru y’umukino warimo ubera muri […]

Nyamasheke: Barasaba ko imirimo yo kubaka urwibutso rwa jenoside rwa Gashirabwoba yakwihutishwa

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, barasaba ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke kwihutisha imirimo yo kubaka urwibutso rushya rwa Jenoside rwa Gashirabwoba kuko igihe cyari cyaragenwe rwagombaga kuba rwuzuye kirenzeho ukwezi. Byari biteganijwe ko mu kwibuka k’uyu mwaka ari ho urwibutso rushya rw’icyitegererezo rwa Jenoside rwa Gashirabwoba ruri mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke rwagombaga […]

Romelu Lukaku ntahisha ubuzima bubi yabayemo, banywa amata bacugushijemo umugezi

Romelu Lukaku, umusore ukinira ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, yavuze ko ubuzima iwabo babagamo akiri muto, bwari bubi cyane aho batabashaga no kugura amata yo kunywa ahagije, bakayavanga n’amazi. Lukaku aganira n’ikinyamakuru The Player’s Tribune, asobanura ubuzima bubi yabayemo, gusa ngo akaba yarizeraga ko bizahinduka, akabona nyina yishimye. Yagize ati “Data yahoze ari […]

Minicom yahagaritse amasezerano yagiranaga na sosiyete “FinTech”

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda yatangaje ko yahagaritse amasezerano yari ifitanye n’ikigo cyo muri Kenya “FinTech” nyuma y’imyaka 4 gihawe isoko ryo gukora porogaramu yagombaga guhuriza hamwe imirenge Sacco yo mu Rwanda mu buryo bw’ikoranabuhanga ariko ikaza kubinanirwa. Minisitiri Vincent Munyeshyaka avuga ko mu myaka 4 ishize, iyi sosiyete yahawe iri soko ariko kugeza ubu […]

Uganda: Abadepite bashyigikiye kuvugurura itegeko nshinga bahawe abarinzi barinda perezida

Abadepite bakomoka mu ishyaka NRM riri ku butegetsi mu gihugu cya Uganda, bashyigikiye ivugurura ry’itegeko nshinga hagakurwamo imyaka umukuru w’igihugu agomba kuba atarengeje,  kuri ubu bongerewe abashinzwe umutekano kabuhariwe baturutse mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu (SFC). Ni nyuma y’iyicwa rya Depite Abiriga uherutse kwicwa n’abantu bataramenyekana. Ikinyamakuru Chimpreports dukesha iyi nkuru kiravuga ko buri […]

Hamisa Mobetto yipakuruye abavuga ko yabyaranye n’umudepite

Umunyamideli ukomeye cyene muri Tanzania uzwi nka Hamisa Mobetto wanabyaranye na Diamond yanyomoje ibihuha bivugwa ko umuhungu we Dylan yamubyaranye na Depite Charles Njagua Kanyi wamamaye nka Jaguar mu muziki. Ubwo yaganiraga n’ibitangazamakuru byo muri Tanzania Hamisa yahakanye yivuye inyuma amagambo avuga ko Jaguar bivugwa ko babyaranye atanamzi ndetse ko n’inshuro zose yagiye muri Kenya […]

Min Mushikiwabo mu nzira yagutse imuganisha ku mwanya w’ubuyobozi bwa OIF

Min w’Ubbubanyi n’Amahanga, Louise Mushikiwabo aravugwaho kuba ari mu nzira yagutse imujyana ku mahirwe yo gutsinda amatora yo kuyobora umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bihuriye ku rurimi rw’igifaransa. Jeunafrique ivuga ko ku itariki ya Mbere n’iya Kabiri Nyakanga 2018, ari bwoMin Mushikiwabo azabasha gukora ubukangurambaga ku bihugu bigize umuryango w’Afurika yunze Ubumwe (UA) mu ihuriro riteganyijwe I […]

Urutonde rw’Abaperezida 10 b’ibihugu bya Afurika bafashe ubuyobozi bavuye iy'ishyamba

Bamwe mu bakuru b’ibihugu bya Afurika bagiye bicara ku ntebe y’umukuru w’igihugu nyuma yo kumara imyaka myinshi mu ishyamba, bayoboye imitwe y’inyeshyamba, nyuma ikaza gufata ubutegetsi. 1.Idriss Deby Itno: Idriss Debby Itno, ubu ni Perezida wa Tchadi,  ni umusaza w’imyaka 69 y’amavuko, akaba yaravuye mu gisirikare afite ipeti rya jenerali, yafashe ubutegetsi mu mwaka wa […]

RDC: Inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa ziratungwa intoki mu bushyamirane bumaze kugwamo abantu 10

Abantu bagera ku 10 barimo abasivili bane n’abarwanyi bamaze kugwa mu mirwano yahuje imitwe yitwaje ibirwanisho y’abaturage mu misozi miremire ya Bijombo, muri Teritwari ya Uvira, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Inyeshyamba za Kayumba Nyamwasa ziravugwaho kugira uruhare muri aya makimbirane akomeje guhuza amoko atandukanye y’Abanyekongo cyane cyane Abanyamulenge n’Abafulero. Umwe mu bayobozi muri Minembwe witwa […]

Perezida Museveni yategetse gukaza umutekano w’umupfakazi wa Kaweesi bivugwa ko arimo guterwa ubwoba

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yategetse CP Moses Kafeero, ukuriye igipolisi muri Kampala, gukaza umutekano w’umupfakazi wa AIGP Andrew Kaweesi witwa Annet Kaweesi bivugwa ko yaba arimo kwakira ubutumwa bumutera ubwoba. Amakuru aturuka mu nzego z’ubutasi agera ku rubuga Spyreports akaba avuga ko perezida Museveni yahaye CP Moses Kafeero amabwiriza yo kongera umutekano w’umugore wa […]

RCS iravuguruza Me Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki zifatwa nabi

Urwego rw’Igihugu rushinzwe imfungwa n’Abagororwa ruranyomoza umunyapolitiki Bernard Ntaganda uvuga ko imfungwa za politiki mu Rwanda zifatwa nabi rwo rugashimangira ko imfungwa zose zifatwa kimwe. Umunyapolitiki Me Bernard Ntaganda uvuga ko ahagarariye ishyaka PS Imberakuri ritemewe mu Rwanda, avuga ko yatangiye ibikorwa byo kuvugira abanyapolitiki bafungiye mu Rwanda, aho avuga ko guhera ku itariki 17 […]

Nyaruguru: Abantu bitwaje intwaro bishe abantu, barasahura, batwika imodoka yaGitifu, bangiza n'ibindi byinshi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 19 Kamena 2018, abantu bataramenyekana bari bitwaje intwaro bateye Umurenge wa Nyabimata wo mu karere ka Nyaruguru bica abantu 2, barasa Gitifu ku bw’amahirwe ntiyapfa, bamutwikira imodoka n’icumbi yabagamo, bashimuta abantu bataramenyekana umubare  bikaba bikekwa ko bari baturutse mu mashyamba y’i Burundi. Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko kugeza […]

USA yitandukanyije n’Akanama ka Loni k’Uburenganzira bwa Muntu igashinja kubogama

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitandukanyije n’Akanama k’Uburenganzira bwa Muntu ka Loni zivuga ko aka kanama kagaragaza kubogama muri politiki cyane cyane mu bijyanye n’ikibazo cya Israel. Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’Abibumbye, Nikki Haley yagize ati: “ Dufashe iki cyemezo kubera ko ibyo twemera bitatwemerera kuba mu gatsiko k’uburyarya kandi […]

Nyagatare: Umuturage yafashwe agerageza guha umupolisi ruswa

Mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Musheri, umugabo w’imyaka 43 y’amavuko ari mu maboko y’ubugenzacyaha aho akurikirwanyweho guha umupolisi ruswa y’amafaranga ibihumbi makumyabiri na bitanu by’amafaranga y’u Rwanda ( 25000 frw) kugirango afungure moto ye yari yafatiwe mu makosa.   Hari ku itariki  ya 18 Kamena mu masaha y’igicamunsi nibwo Nshimimana  Jean  Claude w’imyaka […]

Amerika yivanye mu kanama ka Loni gashinzwe uburenganzira bwa muntu

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaretse kuba umunyamuryango w’akanama k’uburenganzira bwa muntu k’umuryango w’abibumbye,  zikaba zigashinja kubogama mu bya politiki. Uhagarariye Amerika mu muryango w’abibumbye, Nikki Haley, yavuze ko aka kanama k’uburenganzira bwa muntu kagizwe n’abantu b’indyarya kandi bakorera inyungu zabo bwite. Madamu Haley yongeyeho ko ibyo bituma aka kanama kaba ako ugusebya uburenganzira bwa […]

Uganda: Ese Gen. Kale Kayihura yaba ari kuzira inkomoko ye?

Amakuru atandukanye yagiye atangazwa yavuze ko uwahoze ari umukuru w’Igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura ku ikubitiro yari umusirikare mwiza kandi w’inyengamugayo, akavuga ko ibibazo bye byatangiye ubwo perezida Museveni yamwiyegerezaga, akamuzamura mu ntera ndetse akamugira umukuru w’igipolisi, ariko abasesenguzi bo muri Kampala bakavuga ko icyo gihe ari bwo kugwa kwa Kayihura kwari gutangiye ahanini […]

Zari yateye urujijo ababonye ubutumwa yageneye abagabo ku munsi mukuru wabo

Tariki 17 Kamena 2018 isi yose  yizihije umunsi mukuru wahariwe ababyeyi babagabo kimwe n’abandi Zari Hassan umushoramari ukomeye ukomoka mu gihugu cya Uganda yagize icyo atangaza kuri uyu munsi nubwo nta mugabo bari kumwe magingo aya yafatanyije nawe kwizihiza uyu munsi. Mu magambo yashyize kurukuta rwe rwa Instagram Zari yagaragaje guha  icyubahiro gikomeye ku wahoze […]

Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bafite uburanga bukurura abagore muri uyu mwaka wa 2018

Kuri ubu abantu babarirwa muri za miliyoni bahanze amaso kuri za eclan kubera igikombi cy’isi kiri kuba. Ni mu gihe ibitangazamakuru bitandukanye na byo biba bireba hirya no hino bishakishiriza abakunzi ba ruhago ibyo bikunda haba ku mikinire, imiterere, imitsindire n’ibindi usanga akenshi bituma abantu bajya impaka. Uyu munsi rero urubuga wonderslist.com rwagerageje gukora urutonde […]

U Burundi bukomeje gushyira mu majwi u Rwanda mu mushinga wo kubuhungabanya witiriwe Reynders

Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yasabye umuryango w’ubukungu uhuza ibihugu bya Afurika yo hagati, CEEAC, kugira icyo ukora kucyo yise umushinga ugamije guhungabanya akarere cyangwa Umushinga witiriwe Reynders/Soros/Mo Ibrahim/Katumbi-Bemba avuga ko ari umushinga uri gutegurirwa mu Rwanda ugamije guhungabanya umutekano w’u Burundi n’akarere. Biravugwa kuwa 08 Kamena ari bwo perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, yakiriye […]

Uganda: Gen Kale Kayihura yamaze gusubiza imbunda n’icyombo yari atunze

Uwahoze ri umukuru w’Igipolisi cya Uganda, uri mu maboko y’igisirikare arimo gukorwaho iperereza, Gen Kale Kayihura, yamaze gusubiza imbunda yari atunze nk’uko amakuru dukesha Chimpreports avuga. Ese ibi byaba bisobanuye ko atakiri umusirikare wa Uganda? Kuwa Gatatu ushize nibwo Gen Kale Kayihura yatawe muri yombi ubwo yakurwaga ku ifamu ye iherereye mu Karere ka Lyantonde […]

Guverinoma ya Sudani y’Epfo yateye utwatsi ibyo guhura kwa Salva kiir na Riek Mashar muri Ethiopia

Minisitiri ushinzwe gutanga amakuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Sudami y’Epfo, Michael Makuei yatangaje ko umuhuro wa Perezida Salva kiir na mugenzi we Riek Mashar amaso ku maso bishobora kugorana uretse kuba bahurira mu gihugu kindi kitari icyabo. Ihuriro rigamije iterambere ry’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba, “Igad” isaba ko aba bayobozi bakuru bahura kuwa 20 Kamena bagahurira […]

Dore moto 10 za mbere zihariye kandi zihenze kurusha izindi

Hanze aha hari abantu bakunda moto nziza kandi zihariye mu gihe hari inganda nazo zikora moto zigaragara ku buryo uzirebye yibaza uko yakozwe bikamushobera. Ni muri urwo rwego bwiza.com yifuje kubagezaho urutonde rwa moto 10 za mbere zihariye kandi zihenze kurusha izindi uhereye ku mwanya wa 10, aho ku mwanya wa mbere hari moto igura […]

Amerika: Abagore b’Abaperezida bahagurukiye icyarimwe bamagana ibikorwa bya Tump byo gutandukanya abimukira n’abana babo

Ntibyari bimenyerewe ko abagore b’abakuru b’ibihugu bagira icyo bavuga ku myanzuro y’abagabo babo ku kijyanye n’imiyoborere. Gusa muri iyi minsi bwo byabaye nk’ibihindika aho muri Amerika abagore b’abaperezida bari kuvuguruza zimwe mu ngamba zafashwe na perezida uri ku butegetsi, Donald Trump ku myanzuro ndakuka ibangamiye imbaga mu gihe we yumva ari bwo buryo bwiza bwo […]

Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire

Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko uburyo bitabwaho n’ababyeyi babona budahagije, ko hari abakumbura ababyeyi kandi babana mu nzu imwe, bakabasaba kwisubiraho. Baganira na Bwiza.com, bamwe mu bana bavuze ko kuba hari ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiyongera muri aka karere, ahanini biterwa no kubura uburere bw’ababyeyi kandi bahari. Akimana […]

Amafaranga yaguzwe Yannick Mukunzi ni ideni ry'umufana ritarishyurwa kugeza ubu

Nyuma y’imvururu zabaye muri Rayon Sports mu minsi ishize hari byinshi byagiye hanze bitari bizwi n’abenshi harimo n’ideni iyi kipe ifitiye umufana wayo uzwi nka mama Djihad ucururiza nyabugogo wabagurije amafaranga yo kugura Yannick Mukunzi ubwo yavaga muri APR FC. Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama rusange yabaye kuwa 17 Kamena 2018 harimo iyo  kwishyura […]

Burundi: Batatu babaye abakuru b’igihugu bamaze kwirukanwa muri Senat

Abagabo batatu bigeze kuyobora u Burundi, babarizwaga muri Senat y’u Burundi ari bo; Pierre Buyoya, Sylvestre Ntibantunganya ndetse na Domisien Ndayizeye, bamaze gukurwa muri senat nk’uko byatangajwe na visi perezida wa 2 w’inteko ishinga amategeko, Anicet Niyongabo wavuze ko ibi byakozwe mu rwego rwo kubaha ibiteganywa n’itegeko nshinga rishya Abarundi batoye kuwa 17 Gicurasi 2018. […]

Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 10,6% mu gihembwe cya mbere cya 2018 – NISR

Mu gihembwe cya mbere cya 2018 ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 10,6% bitewe n’ubwiyongere bw’umusaruro w’ubuhinzi, serivisi ndetse no kwiyongera kw’inganda nk’uko byemezwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR). Kuzamuka kw’ubukungu kwatewe no gukora neza mu rwego rw’ubuhinzi rwatanze 8%, urwego rw’inganda rwatanze 7%, n’urwego rwa serivisi rwatanze 12% nk’uko byemezwa n’imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yashyizwe ahagaragara kuri […]

Amerika na Koreya y’Epfo byemeye guhagarika imyitozo ya gisirikare byafatanyaga muri Pasifike

Abayobozi b’ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no muri Koreya y’Epfo bumvikanye guhagarika imyitozo ya gisirikare ibihugu byombi bihuriyeho, yari iteganyijwe muri kanama. Umuvugizi wa minisiteri y’ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dana White, wemeje aya makuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Kamena, yasobanuye ko imyitozo ya gisirikare mu karere ka Pasifike […]

Rwamagana: Umusore yiyahuye amaze kwica umupfakazi wari inshuti ye

Umusore w’imyaka 24 witwaga Kubwimana Olivier, wari utuye mu mudugudu wa Rutoma, akagari ka Nyakabanda,  mu murenge wa Musha ho mu karere ka Rwamagana, mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 17 Kamena 2018, bamusanze yimanitse ndetse yishe Nyiranshimiyebaganga Claudine w’imyaka 35 wari umupfakazi, wasize abana bane. Kuri uyu wa mbere tariki ya  18 Kamena 2018, ku […]

Umunyarwanda Brenda PDG Thandi yaherewe igihembo i Burayi

Umunyarwandakazi PDG Brenda Thandi Mbatha yaherewe igihembo ku mugabane w’u Burayi nk’umugore wahize abandi bakomoka ku mugabane wa Afurika.   PDG Brenda Thandi ni umuherwe w’umushoramari, akaba yahawe igihembo cyiswe “ GIFA D’or 2018” cyatangiwe mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa ku wa 9 Kamena 2018. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, PDG Brenda Thandi yavuze […]

Uganda: Minisitiri w’Umutekano mu gihugu ngo ntazi impamvu Gen Kayihura yafunzwe

Umunyamabanga wa leta ushinzwe ibikorwa by’imbere mu gihugu muri Minisiteri y’umutekano mu gihugu muri Uganda, Mario Obiga Kania avuga ko atazi icyo Gen Kayihura uherutse gutabwa muri yombi yaba ari kuzira. Uyu muyobozi uherutse gutangariza itangazamakuru ko atazi icyo Gen Kayihura azira yahise arisaba kujya kubaza abaturage icyo azize dore ko anavuga ko ari bo […]

Umugabo yarwanye n’inzoka ya metero 10 yashakaga kumunigisha umubyimba wayo- REBA AMAFOTO

Umugabo witwa Sanjoy Dutta wo mu gihugu cy’u Buhinde, yari afite inzoka nini ya matero 10 arimo kuyifotorezaho, iza kumwisubirana ishaka kumuniga. Iyi nzoka nini, Sanjoy Dutta yari ayikuye mu ishyamba riherereye mu cyaro cy’ahitwa Jalpaiguri mu Burengerazuba bw’u Buhinde. Ubwo yari ashagawe n’imbaga y’abaturage bamufotora nawe yizihiwe, nibwo inzoga yahise imuhinduka ishaka kumwica. Nk’uko […]

Nyamasheke: Abana barokotse Jenoside barashima Leta yimakaje ubumwe n’ubwiyunge

Abana b’abanyeshuri barokotse jenoside yakorewe Abatutsi, bashima Leta yimakaje ubumwe n’ubwiyunge, ubu bakaba biga neza banafite abaterankunda. Ubwo kaminuza ya ‘Kibogora Polytechnic’   iherereye mu karere ka Nyamasheke yibukaga ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, bamwe mu bana irihira mu rwego rwo gufasha abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye kongera kwiyubaka, bashimye komisiyo y’igihugu yo […]

Gen Kayihura agomba kubera isomo abayobozi bakuru ba NRM- Depite Lydia Wanyoto

Umuyobozi w’ihuriro ry’abagore bo mu ishyaka NRM, Hon Lydia Wanyoto yasabye abarwanashyaka ba ririya shyaka cyane cyane abari mu nzego z’ubuyobozi zitandukanye gukura isomo rikomeye kuri Gen Edward Kale Kayihura. Mu kiganiro yagiriye kuri imwe mu maradio akorera muri kiriya gihugu, Lydia Wanyoto yagize ati “Mukwiye gukura isomo rimwe cyangwa abiri kuri Gen Kayihura. Uko […]