Nigeria: Umugore w’umunyamategeko yivuganye umugabo we arangije amukata igitsina

Urukiko rukuru rwa Igbosere muri Nigeria ruri kuburanisha umunyamategeko w’umugore Udeme Otike-Odibi ukurikiranyweho icyaha cyo kwiyicira umugabo na we wari umunyamategeko yarangiza akamukata ubugabo. Uyu mugore w’imyaka 48 ashinjwa kuba yariyiciye umugabo, Symphorosa Otike-Odibi mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka akaba ahakana ariko ubushinjacyaha bukavuga ko ibimenyetso bimufata. Ingingo ya 165 mu gitabo cy’amategeko ahana […]

Sudani : Urukiko rwakuyeho igihano cy’urupfu cyari cyakatiwe umwangavu wishe umugabo iwabo bamuhatiye

Urukiko rwo muri Sudani kuri uyu wa Kabiri rwisubiyeho ku gihano rwari rwakatiye umwana w’umwangavu wishe umugabo we yakomeje kuburana avuga ko yashakaga kumufata ku ngufu, rumukatira imyaka 5 nk’uko umwunganizi w’uyu mwana avuga. Noura Hussein, w’imyaka 19, uvuga ko se umubyara yamushyingiye umugabo wari na mubyara we, yari yakatiwe n’urukiko rugendera ku matwara ya […]

Rubavu: Hibutswe Abatutsi bo mu Murenge wa Rugerero bishwe muri jenoside

Kuwa kabiri tariki ya 26 Kamena 2018, mu Murenge wa Rugerero Akarere ka Rubavu habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi, hibukwa by’umwihariko Abatutsi bo muri uyu Murenge bishwe muri Jenoside. Hanashyinguwe mu cyubahiro mu rwibutso rwa jenoside rwa Rugerero imibiri itanu mishya y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse muri uyu Murenge. Igikorwa […]

Malawi: Abafite ubumuga bw’uruhu biteguye gutungurana mu matora ya Perezida

Ishyirahamwe ry’abafite ubumuga bwo ku ruhu muri Mali, ritangaza ko mu matora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite ateganyijwe mu 2019, rizayatangamo abakandida batandatu. Umuyobozi w’iri shyirahamwe, Overstone Kondowe yatangarije ikinyamakuru The Guardian, ko bashaka kwereka amahanga ko bafite ikindi bari icyo kirenze kubabona mu isura y’abafite uruhu rutandukanye n’urwabo. Akomeza avuga ko mu matora ya Perezida n’ay’Abadepite […]

Rwamagana: Rucamwigugu arasaba ubuyobozi kumurenganura ntakomeze gusiragizwa

Rucamwigugu Adolphe utuye mu mudugudu wa Bigabiro arasaba ubuyobozi kumurenganura kubera ikibazo cy’ubutaka bwe asabira ibyangombwa ntabihabwe, agashyira mu majwi umukozi ushinzwe ubutaka mu murenge wa Kigabiro ndetse n’umuyobozi w’umudugudu wa Bigabiro banze kumufasha. Rucamwigugu Adolphe avuga ko  ubwo yaburanaga n’umugore we, Mukandori Pascasie, urukiko rw’ibanze rwa Kigabiro rwabagabanyije imitungo ariko umuhesha w’inkiko w’umwuga ngo arangiza […]

Gen Jean-Claude LaFourcade wari uyoboye Operation Turquoise ngo ntiyari azi abakoraga jenoside mu 1994

“ Twari hariya tugamije intambara. Twari hafi yo gukubita inyeshyamba za FPR, intwaro zazaga ku birindiro zaduhaga imbaraga muri ubwo bury o,” ibyo ni ibikubiye mu buhamya bw’undi musirikare w’Umufaransa wabaye muri Operation Turquoise wemeza ko ingabo z’u Bufaransa zari zigamije guhagarika FPR nk’uko byanemejwe na mugenzi we, Guillaume Ancel. Ni mu gihe Gen Lafourcade […]

Uganda: Umuhanzi ukizamuka mu muziki yivuganye umukunzi we kugira ngo amenyekane

Polisi ikorera mu gace ka Amolatar muri Uganda icumbikiye umusore witwa Ronald Okao w’imyaka 26, akaba yari n’umuhanzi utaramenyekana mu muziki imuziza kwiyicira umugore wari utwite inda y’amezi 6. Uyu mugabo ngo yivuganye umugore we  Winnie Ajwang w’imyaka 19 nyuma y’uko abapfumu bamubwiye ko namwica azamenyekana vuba ndetse akanahirwa mu mwuga we wo gukora umuziki. […]

U Burundi ntibushobora kwanga gufasha u Rwanda- Philippe Nzobonariba

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Burundi, Philippe Nzobonariba avuga ko u Burundi butakwanga gufasha u Rwanda, mu gikorwa cyo gutora umukandida warwo wiyamamariza kuyobora Umuryango w’Ibihugu Bihuriye ku Rurimi rw’Igifaransa (OIF). Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishinze, Philippe Nzobonariba yatangaje ko n’ubwo u Burundi butari bwakira ibaruwa y’u Rwanda rubusaba kuzashyigikira umukandida, Louise Mushikiwabo, […]

Min Kaboneka yahwituye ababa bagifite imyumvire yo guha akato abafite ubumuga

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka yibukije Abanyarwanda ko uburyo ubwo ari bwo bwose bwakoresha mu guha akato cyangwa kubangamira ufite ubumuga wese bubujijwe kandi ko bihanishwa itegeko. Ibi ni bimwe mu byo yagarutsweho ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama yo ku rwego rw’igihugu yareberaga hamwe  ibyagezweho mu guteza imbere abafite ubumuga mu Rwanda, uruhare rwabo mu […]

Abanyeshuri n’abakozi muri Kaminuza ya Zimbabwe bari mu rugendoshuri mu Rwanda basuye RDF

Abanyeshuri b’abasirikare n’abakozi bagera kuri 17 baturutse muri Kaminuza ya Zimbabwe (ZNDU) bari mu rugendoshuri rw’icyumweru mu Rwanda nk’uko biri muri gahunda z’amasomo y’iyi kaminuza inigisha igisirikare cya Zimbabwe itanga amasomo yo ku rwego rwo hejuru n’amasomo ya politiki ku basirikare n’abayobozi ba gisivili. Itsinda ryaturutse muri Kaminuza ya Zimbabwe kuri uyu wa Mbere ryasuye […]

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’u Burusiya yo gutunganya amabuye avamo ingufu za kirimbuzi

Ikigo cyo mu Burusiya kitwa Rosatom gitunganya ibijyanye n’ingufu z’ibiturika (Energie nuclaiere) cyamaze gusinyana amsezerano n’u Rwanda y’ubufatanye mu gutunganya ubutare bwo mu Rwanda buzabyazwa ingufu  zizifashishwa mu nganda zikora amashanyarazi n’ibindi bikorwa bitandukanye. Aya masezeano yashyizweho umukono na Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya hamwe n ‘umuyobozi wungirije ushinzwe imibanire ku […]

Perezida Kagame yageze muri Kenya aho yitabiriye inama ya 14 ku mishinga y’Umuhora wa Ruguru

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yageze I Nairobi muri Kenya kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Kamena,aho yitabiriye inama ya 14 ku mishinga y’Umuhora wa Ruguru, inama initabirwa na perezida Museveni wa Uganda ndetse n’intumwa idasanzwe ya perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo. Imishinga y’Umuhora wa Ruguru ikaba ari umugambi w’iterambere watangijwe mu 2013 ugamije […]

Perezida Salva Kiir yemeye imikoranire myiza na mugenzi we Mashar

Ku munsi w’ejo tariki ya 25 Kamena ni bwo perezida Museveni wa Uganda hamwe na Bashir wa Sudani bafatanyije kunga abanyepolitiki 2 bo muri Sudani y’Epfo barimo perezida Kiir ndetse na Mashar wahoze ari Minisiiri we w’Intebe. Kugeza ubu byagaragaye ko ihuriro ryo kuri uyu wa mbere hagati y’aba bayobozi ryagize umusaruro ugereranyije n’iryabaye mu […]

Rutsiro: Barasaba ikimenyetso cy’amateka ya Jenoside ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu murenge wa Boneza n’indi ikora ku  kiyaga cya Kivu mu karere ka Rutsiro barasaba ubuyobozi bw’akarere n’abafatanyabikorwa bako kububakira ikimenyetso cy’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu. Ibi ni bimwe mu byo aba barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri aka karere batangarije ubwo itorero ADEPR muri aka […]

Uganda: Umugabo yarwanye n’umugore we amusuka amazi ashyushye mu maso

Polisi yo mu gace ka Mukono muri Uganda, yafashe umugabo ushinjwa kumena amazi ashyushye mu maso y’umugore we ubwo barwanaga. Nk’uko bitangazwa na Polisi, Ephraim Luyira w’imyaka 36 y’amavuko niwe ushinjwa kumena umugore we witwa Betty Nyamiradayizima amazi ashyushye mu maso. Ikinyamakuru chimpreports kigatangaza ko Luyira yageze aho kwangiza umugore we nyuma y’amakimbirane bagiranye amushinja […]

Nyamagabe: Umugabo yashatse gutema umuhungu we amuhushije yirara mu rutoki rwe

Umugabo w’imyaka 52 y’amavuko wo mu Karere ka Nyamagabe ari mu maboko ya polisi akurikiranweho icyaha cyo kugerageza kwica umuhungu we no kumutemera urutoki. Biravugwa ko uyu mugabo witwa Damascene Ntamazeze, utuye mu mudugudu wa Nyamirama, Akagali ka Ngoma, mu Murenge wa Cyanika, yari afitanye ubwumvikane bucye n’umuhungu we w’imyaka 17. Icyaha cyo kugerageza kumwivuna […]

Kenya: Umupadiri umaze kubaka izina mu njyana ya Rap yahagaritswe

Umupadiri wo mu gihugu cya Kenya umaze kwamamara kubera injyana ya Rap akora mu guhindura abantu yahagaritswe na kiliziya Gaturika abarizwamo. Uyu Paul Ogalo bahimba ‘Sweet Paul’ akora injyana ya Rap nk’uburyo bwo kwiyegereza urubyiruko rwinshi ashaka ko rwitabira misa. Avuga ko umuziki ari inzira nziza cyane, atari ukugirango wiyegereze urubyiruko gusa, ahubwo no mu […]

Musanze: Umugabo yafashwe na Polisi apakiye imifuka 17 y’inzoga itemewe mu Rwanda

Polisi mu karere ka Musanze; biturutse ku makuru yahawe na bamwe mu bahatuye, yafashe umugabo witwa Gaseminari Jacques apakiye  imifuka 17 y’inzoga itemewe mu Rwanda yitwa Blue Sky mu modoka yo mu bwoko bwa Toyota Hilux  ifite nimero ziyiranga (Pulake) RAC 349T. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana […]

MoĂ ÂŻse Katumbi yatangaje ko mu kwezi gutaha azasubira muri Congo

MoĂ ÂŻse Katumbi, umunyapolitiki utavuga rumwe na Leta iriho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko mu kwezi gutaha azasubira muri iki gihugu mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Katumbi yavuze ko kuba yasubira mu gihugu cye cy’amavuko ari uburenganzira bwe, ndetse ko nta n’ubwoba bimuteye. Ati […]

Rwamagana: Abagore barasaba ko abagabo badashaka kuboneza urubyaro Leta yajya ibahana

Abagore bo mu karere ka Rwamagana bashinja abagabo babo kudindindiza gahunda zo kuboneza urubyaro no kubyara abo bashoboye kurera, bamwe ngo ntibumva akamaro kabyo bitewe nuko inshingano zo kurera no kwita ku miryango baziharira abagore.   Nabo bakaba basaba ko Leta yajya ihana abo bagabo. Babitangaje ku wa Mbere tariki ya 25 Kamena 2018, mu […]

Perezida Kagame yahuye n’itsinda rimufasha mu kwiga ku mavugurura ya AU

Kuri uyu wa 25 Kamena 2017 i Kigali, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Mussa Faki uyobora komisiyo y’umuryango w’Afurika yuze ubumwe  hamwe n’itsinda ry’intiti zimufasha mu mavugurura akenewe mu muryango wa Afurika yunze Ubumwe. Mu kiganiro aba bayobozi bagiranye, bagarutse ku mavugururwa yakozwe muri uyu muryango  ashingiye ahanini ku kuba […]

U Buhinde: Imbeba zariye amafaranga asaga Ibihumbi 8 by’Amapawundi ziyasanze mu cyuma cya ATM

 Mu gihugu cy’u Buhinde, haravugwa inkuru y’imbeba ziherutse kwibasira amafaranga yo mu cyuma gisanzwe kizwiho gutanga amafaranga, Automated Teller Machine (ATM) mu buryo bw’ikoranabuhanga bakaza gutahura ko zirimo zimaze gucagagura asaga ibihumbi 8 by’Amapawundi. ikinyamakuru DailyStar, kivuga ko amafaranga acikaguritse yagaragaye bwa mbere ku itariki ya 20 Gicurasi uyu mwaka ariko ntibabyiteho kugeza ubwo kuwa […]

Nyamasheke/ Macuba: Imibiri icyenda y’abazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro

Kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe abatutsi mu mirenge ya Macuba na Karambi  mu karere ka Nyamasheke byaranzwe no gushyingura mu cyubahiro imibiri 9 y’abazize Jenoside, muri iyo imibiri 4 ikaba yaragiye iboneka mu mirima abaturage bahinga,indi 5 ikaba yari ishyinguye  ahatari mu rwibutso rwa Jenoside. Bamwe mu barokokeye kuri paruwasi gatulika ya Hanika […]

Igifaransa ntaho cyagiye, kiri mu ndimi enye zemewe, kirigishwa mu mashuri- Amb. Nduhungirehe

Itorwa ry’umunyarwandakazi, Mushikiwabo Louise ku bunyamabanga bwa OIF si iryo gushidikanywaho, cyane ko ashyigikiwe na Perezida w’u Bufaransa Macron na Perezida Kagame uyoboye Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika ubu. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo ku wa Gatanu tariki 22 Kamena, abanyamakuru babajije Amb.Nduhungirehe niba Mushikiwabo atazagorwa no kubona amajwi, cyane ko mu Rwanda Igifaransa bagikenetse. Nyamara Nduhungirehe […]

Perezida Museveni ni we ugiye kunga Salva Kiir na Mashar

Nyuma y’uko Abanyepolitiki 2 bo muri Sudan y’Epfo barimo perezida Salva Kiir na Riek Mashar uri mu buhungiro muri Repubulika y’Afurika y’Epfo bahuriye Addis Abeba muri Ethiopia mu biganiro by’amahoro bikarangira nta muri uvuyemo, IGAD yasabye ko perezida Museveni ajya kunga bariya bagabo. Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kamena ari bwo […]

Diamond Platnumz yasinyanye amasezerano akomeye n'urubuga rwa Youtube -Amafoto

Umuhanzi Diamond Platnumz ukomoka mu gihugu cya Tanzania yamaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’urubuga rwa youtube ruherereye ku mugabane w’Amerika mu mujyi wa Calfornia. Nkuko byatangajwe na Diamond ubwe abinyujije ku rubuga rwe rwa instagram yagize ati”umuhuro n’abagize urubuga rwa youtube wagenze neza,mwese ndizerako mutihanganiye gutegereza ibizavamo, kimwe nanjye kwihangana byananiye” Aya masezerano Diamond yasinyanye na […]

PM Ngirente yatumijwe muri Sena gusobanura umugambi wa Guverinoma kuri gahunda zo kuboneza urubyaro

Sena y’u Rwanda yatumije Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, ngo atange ibisobanuro ku byo Guverinoma iteganya gukora mu kongerera abaturage imbaraga n’ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro ndetse no gutuma bose bakoresheje uburyo bugezweho. Iki cyemezo cya Sena cyafashwe nyuma yuko hakozwe isuzuma na Komisiyo ya ishinzwe imibereho myiza, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage ikorera […]

Utarahagarika izi ngeso ntuzahirahire utereta umukobwa

Burya gushaka ni igikorwa cya kigabo ntago bishobora buri wese kandi gushaka no gukomeza urugo ni ikindi niyo mapamvu mu gihe hari ingeso za kunaniye uba usabwa kubanza kwitekerezaho mbere yo gufata icyo cyemezo Mu gihe cyose urangwa nizi ntekerezo ntuzirirwe uhirahira ngo ushake umugore cyangwa umugabo kuko ntago mwamarana kabiri. zimwe muri izo twavuga: […]

Nigeria: Abantu 86 bamaze kugwa mu mirwano hagati y’abashumba n’abahinzi

Abantu bagera kuri 86 mu gihugu cya Nigeria ni bo bamaze kubarurwa ko baguye mu mirwano yatejwe n’abaragira amatungo bakozanyijeho n’abahinzi bigatuma hanabyuka inzika zari zisanzwe hagati y’amoko 2 arimo aba bashumba bo mu bwoko bwa  Fulani bakozanyijeho n’abahinzi bo mu bwoko bwa Berom. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko iyi mirwano yatangiye mu cyumweru gishize, aho […]

Burera: Abagabo batatu bafatanywe amabaro 192 y’imyenda ya caguwa ya magendu

Polisi y’u Rwanda yafatanye abagabo batatu magendu y’amabaro 192 y’imyenda ya magendu bayapakiye mu modoka, mu gikorwa cyabereye mu turere dutandukanye kuwa Gatandatu w’iki cyumweru gishize. Polisi yatangaje ko mu karere ka Nyagatare, yahafatiwe umugabo wari mu modoka yo mu bwoko bwa Fuso ipakiye amabaro 150; Polisi imuhagaritse ahita ayivamo ariruka ubwo bari bageze mu […]

Yishe umukunzi bahuriye kuri internet wamwizezaga ko ari isugi

Umusore w’imyaka 28 wo muri Taiwan yasanzwe amanitse mu mugozi mu gihe umurambo w’umukobwa wari inshuti ye bahuriye  kuri internet wasanzwe mu busitani. Biravugwa ko umusore yishe umukobwa wamubwiraga ko ari isugi nyuma yo kumenya ko yasambanye n’abagabo benshi. Nk’uko urupapuro uyu musore Gary Chu yasize yiyahura rubigaragaza, ngo uyu mukobwa w’imyaka 27 witwa Yee-min […]

Uganda: Gen Kale Kayihura ngo yari amaze imyaka 2 acungirwa hafi

Mu 2016 ubwo Gen Kale Kayihura yagiraga uruhare rukomeye mu gushyigikira Museveni mu matora, ngo uwari minisitiri w’umutekano, Lt Gen Henry Tumukunde yakoze ibishoboka ngo uwahoze ari umukuru w’igipolisi Atari kurema uburyo bwe bwite bwari kuzamworohereza kugera ku nzozi ze zo kuba perezida. Muri uyu mwaka ngo perezida Museveni akaba yari yakiriye amakuru y’ubutasi avuye […]

Polisi y’u Rwanda irasaba buri wese kugira uruhare mu kwirinda inkongi y’umuriro muri ibi bihe by’izuba

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe gukumira, kurwanya no kuzimya inkongi y’umuriro (Fire and Rescue Brigade) rikangurira buri muntu wese kuba maso ndetse akagira uruhare mu gukumira inkongi z’umuriro kuko zangiza ibintu bitandukanye ndetse zigahitana n’abantu. Umuyobozi w’iri shami Assistant Commissioner of Police (ACP) Jean Baptiste Seminega yatanze ubu butumwa kuko muri iki gihe cy’impeshyi […]

Abarundi basaga 100 babaga mu Rwanda binyuranyije n’amategeko basubijwe iwabo

Abarundi bagera ku 115 babaga mu Rwanda mu buryo bunyuranyije n’amategeko kuri uyu wa Gatandatu, itariki 23 Kamena basubijwe iwabo, aho bakiriwe n’inzego z’ubuyobozi ku Kanyaru, muri Komini Ntega yo mu Ntara ya Kirundo. Baratangaza ko bazize igitero giherutse kugabwa mu Karere ka Nyaruguru bikekwa ko abakigabye baturutse mu Burundi. Aba Barundi birukanwe mu Rwanda […]

Ishyaka Green Party rirasaba umutekano usesuye mu gihe rizaba riri kwamamaza abazarihagararira mu Nteko

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije , DGPR risaba ko ibyaribayeho ubwo ryamamazaga umukandida wa ryo mu matora aheruka y’Umukuru w’igihugu bitakongera kuba mu gihe abazarihagararira mu Nteko Ishinga Amategeko bazaba bari mu bikorwa byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu. Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’umuyobozi mukuru w’iri shyaka, Dr Frank Habineza ubwo bari […]

Bujumbura: Abafaransa bane n’Umurundi ukora mu nzego z’ubutasi batawe muri yombi bashinjwa ubutekamutwe

Igipolisi cy’u Burundi cyataye muri yombi Abafaransa bane n’umurundi umwe ukora mu biro by’iperereza bazira ibikorwa by’ubutekamutwe. Igipolisi cy’u Burundi kivuga ko aba batawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu, itariki 23 Kamena bafatiwe mu murwa mukuru Bujumbura. Igipolisi kikaba gishinja aba bantu ubujura bukoreshejwe gushukana ndetse n’ibyaha bifitanye isano no guhungabanya ubukungu bw’u Burundi. […]

Rwamagana: Abaturage bakeka ko mudugudu yegujwe azira kurarana n’amatungo mu nzu

Abaturage bo mu mudugudu wa Kamanga, akagari ka Sibagire, umurenge wa Kigabiro ho mu karere ka Rwamagana, bavuga ko hashize icyumweru umuyobozi w’umudugudu wabo, Kanyeshyamba Radjabu yegujwe n’ubuyobozi, bagakeka ko yazize kurarana n’amatungo mu nzu. Bavuga ko batunguwe n’icyemezo cyo kweguzwa k’umuyobozi wabo ariko ntibabimenyeshwe n’inzego z’ubuyobozi zimukuriye kuko yari amaze imyaka irenga 8 ayobora […]

Rubavu: Umufuka w'amakara ugeze hagati y'amafaranga 12,000 na 17,000

Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Kanama na Cyanzarwe mu karere ka Rubavu bavuga ko muri iyi minsi ibicanwa byabaye ingume, kuko bitakibiboneka nka mbere. Kubona ibyo kurya wiyushye akuya wabigeza mu rugo ukabura icyo ibitekesha ngo ni ibihangayikishije bamwe mu baturage muri iki gihe. Batanga urugero rwo kuba umufuka w’amakara waraguraga amafaranga 5000 […]

Ethiopia: Minisitiri w’Intebe, Abiy yarokotse igitero cya grenade mu gihe abataramenyekana umubare bahasize ubuzima

Guturika guhambaye mu masaha ya mugitondo kuri uyu wa gatandatu mu gihugu cya Ethiopia ahari imbaga y’abaturage bashyigikiye Minisitiri w’Intebe, Abiy Ahmed biravugwa ko guhitanye abantu benshi mu murwa mukuru, Addis Abeba. Nyuma gato y’uku guturika, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy yavuze ko hari abantu bahasize ubuzima mu cyo yise igitero cyateguwe neza, yihanganisha imiryango […]

Urutonde rw’ibintu 10 ushobora kuba utari uzi kuri Juliana Kanyomozi- AMAFOTO

Juliana Kanyomozi ni umuhanzi w’Umugandekazi umaze imyaka igera muri 20 mu muziki, wakunzwe kuva mu myaka ya 1998 kugeza n’ubu akaba akijya ku rubyiniro benshi bakanyurwa. Dore ibintu 10 ushobora kuba utari umuziho: 1.Julian Kanyomozi ni umugandekazi wabonye izuba ku wa 27 Ugushyingo 1982, ababyeyi be ni Gerald naCatherine Manyindo. 2.Kanyomozi nta mugabo agira, yabyare […]

USA: Urukiko rwashimangiye igihano cyahawe uwiyitaga umuvandimwe wa Faustin Twagiramungu ashaka ubuhungiro

Ubujurire bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa gatanu, itariki 23 Kamena bwakomeje guhamya icyaha Umunyarwanda, Gervais Ken Ngombwa, ndetse rushimangira igihano yahawe nyuma y’uko umucamanza asanze yaragize uruhare muri jenoside ndetse akanabeshya inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka muri Iowa. Urukiko rw’Ubujurire rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rukaba rwateye utwatsi ubujurire bwa Gervais […]

Biravugwa ko Zari Hassan yaba ari mu rukundo rushya n'umunyamakuru -Amafoto

Nyuma y’iminsi umuherwe Zari Hassan atandukanye n’uwari umugabo we Diamond Platnumz yakunze kugaragara ari muri gahunda ze zakazi, gusa kuri iyi nshuro amafoto amaze iminsi acicikana ku mbuga nkora mbaga agaragaza Zari mu byishimo n’umunyamakuru ukorera EFm yo muri Tanzania uzwi nka Kitange Maulidi.   Nkuko byagiye bigaragara mu mashusho yagiye hanze uyu munayamakuru  Kitenge […]

Kugwingira si ikibazo cyo mu miryango ikennye gusa, no mu bakire n’abize kirimo-MIGEPROF

Byari bimenyerewe ko abantu bamaze kugimbuka ari bo bagaragaza ikibazo cyo kugwingira, Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yo ikavuga ko iki kibazo gishobora kuvukanwa kugeza kugeza imyaka 6 gusa, nyuba yahoo kitarakira kikazagira ingaruka zirimo kutabasha gufata ibyemezo no kwikemurira ibibazo bito bito mu gihe kizaza kugeza umuntu ashaje. Ibi ni bimwe mu byagaragajwe na Dr […]

Amerika yafatiye ibihano bamwe mu bayobozi ba Congo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko zafatiye ibihano bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bashinjwa ruswa. N’ubwo birinze gutangaza amazina n’umubare w’abayobozi bafatiwe ibihano, Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) itangaza ko aba bayobozi bashinjwa ruswa mu bikorwa byo gutegura amatora. Nyuma yo kubafatira ibihano, abo bayobozi ngo ntibemerewe kugirira ingendo muri Amerika […]

Ntabwo Perezida Nkurunziza aziyamamaza kandi ntazanaba Minisitiri w’Intebe- Umuvugizi we

Umuvugizi wa Perezida Nkurunziza w’u Burundi, yashimangiye ijambo yivugiye ko ataziyamamaza mu matora ya 2020, ndetse ko adakeneye no kuba Minisitiri w’Intebe. Umuvugizi wa Perezida, Jean Claude Karegwa yabitangaje ku wa Gatanu tariki ya 22 Kamena 2018, mu nama n’abanyamakuru yabahuje n’abavugizi b’inzego zitandukanye za Leta, mu Ntara ya Bururi. Jean Claude Karegwa yagize ati […]

Rusizi: Amadini n’amatorero arasabwa gushyira imbaraga muri gahunda ya ‘Ndi umunyarwanda’

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi buvuga ko nubwo hari ibikorwa byinshi bikorwa n’amadini n’amatorero mu gufasha abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi kongera kwiyubaka n’ ibindi byimakaza ubumwe n’ubwiyunge na gahunda ya Ndi umunyarwanda, hari byinshi  agisabwa gukora muri gahunda ya ndi umunyarwanda kugira ngo abayoboke bayo  babashe kuyumva neza no kuyigira iyabo. Ni bimwe mu byagarutsweho n’umuyobozi […]

U Rwanda ntirwivanga muri politiki z’ibindi bihugu- Amb. Nduhungirehe avuga ku kuba Kabila akwiye kuva ku butegetsi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,Ubutwererane n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko u Rwanda nta nyungu rufite zatuma rwivanga mu kutavugarumwe muri politiki kuri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 22 Kamena 2018, cyibandaga ku byaranze umubano w’u Rwanda n’amahanga mu mezi atatu ashize, Amb. Nduhungirehe […]

Ese koko u Burundi bwaba bukomeje kugaragaza ko bufitiye ubwoba u Rwanda ari bwo bushaka kurutera?

Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko kuri uyu wa kane, itariki 21 Kamena, igisirikare, igipolisi, Imbonerakure n’abaturage batuye muri Komini Mabayi na Komini Bukinanyana, ngo babyukirijwe gushakisha inyeshyamba zimaze amezi 2 mu ishyamba rya Kibira nk’uko amakuru ava mu gisirikare avuga. Bamwe mu barundi baraburira u Rwanda. Andi makuru ariko Bwiza.com akesha urukuta rwa facebook […]

Ubuzima bwa Mwarabu urinda Diamond buri mu kaga nyuma yo gukora impanuka

Umusore w’ibigango, Seleman Mirundi, uzwi ku izina rya  Mwarabu fighter, urinda umuhanzi Diamond, yakoze impanuka none ubuzima bwe buri mu kaga. Ikinyamakuru Kenyan E Daily  gitangaza ko yakoze impanuko ikomeye, akubita umutwe hasi  ajyanwa mu bitaro bya Leta bya Muhimbili (National referral hospital) biri mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania. N’ubwo kidatangaza icyamuteye […]

Gasabo: Umugore akurikiranweho icyaha cyo kwica umugabo we afatanyije n’abisengeneza be

Umugore witwa Mutumwinka Julienne wo mu Karere ka Gasabo yatangiye kuburana ku cyaha cyo kwica umugabo we ashinjwa kuba yarakoze afatanyije n’abisengeneza be. Abaregwa bose bemera icyaha. Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rukaba rwaraburanishije, kuwa 20 Kamena, urubanza rw’uyu mugore, Mutumwinka Julienne, Ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cyo kwica umugabo we  afatanyije n’abitwa Murego Gakuru Kelly na Murego […]

Min. Nyirasafari asanga abayobozi n’abaturage badakwiye kwitana ba mwana ku kudindiza iterambere ry'umuryango nyarwanda

Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari EspĂ©rance, avuga ko mu mugoroba w’ababyeyi mu Rwanda hakigaragaramo ikibazo cyo kuregeza haba ku ruhande rw’abaturage ndetse no ku buyobozi bw’ibanze bukorana na bo kuko aho byubahirizwa hagaragara impinduka mu iterambere ry’umuryango nyarwanda. Ibi ni bimwe mu byo yatangarije mu nama nyunguranabitekerezo yari yahuje Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango n’abafatanyabikorwa ba […]

Loni iremeza ko ibibera muri Centrafrica bimaze kurenga ubushobozi bwa MINUSCA

Intumwa y’Umuryango w’Abibumbye muri Centrafrica yatangarije Akanama k’Amahoro n’Umutekano ko ibiri kubera muri iki gihugu bimaze kurenga MINUSCA ndetse ko akaga ku ngabo zayo zikomeje kwiyongera. U Rwanda narwo rukaba ruri mu bihugu bifite ingabo n’abapolisi muri iki gihugu. Bwana Parfait Onanga-Anyanga yatangaje ko abakozi ba MINUSCA; abasirikare, abapolisi n’abasivili bakomeje kuba ibipimo by’imitwe yitwaje […]

Nyampinga w’u Bubiligi ari mu mazi abira azira gutwara imodoka ku muvuduko wa 116 km/h

Cilou Annys wabaye nyampinga w’u Bubiligi mu 2010, ari mu mazi abira nyuma yo gutwara imodoka ku muvuduko uri hejuru cyane. Urukiko rwa polisi rwa Bruges mu Bubiligi rushinja Miss Anny gutwara imodoka iminsi 15 afite umuvuduko udasanzwe, akaba acibwa amande y’amayero ahwanye na 560. Ikinyamakuru 7sur7 gitangaza ko uyu mukobwa w’imyaka 27 y’amavuko, ku […]

Rubavu: Imirimo ikoreshwa abana imaze gutuma abasaga 3,500 bata amashuri

Mu Karere ka Rubavu haravugwa guta amashuri ku bwinshi kw’abana bivugwa ko imirimo irimo n’ivunanye bakoreshwa ari kimwe mu bituma bamwe muri bo bo bava mu ishuri, aho abasaga 3500 bivugwa ko baritaye. Imirimo yo mu birombe, gutashya inkwi iy’ubucuruzi bwiganjemo ubw’ibisheke uyisangamo abana kubwiganze. Ubwabo ngo biragoye ko bemera kuvugira kubyuma by’itangazamakuru ngo basobanure […]

RNC yanze guhakana cyangwa ngo yemeze niba ifite abarwanyi muri Congo

Nyuma y’aho mu ntangiriro z’iki cyumweru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo muri Kivu y’Amajyepfo havugiwe ikibazo cy’amakimbirane ahuza Abanyamulenge n’andi moko mu bice bya Bijombo, hakavugwa ko hari ingabo z’Abanyarwanda zo mu mutwe wa RNC zigira uruhare muri aya makimbirane, iri shyaka mu kiganiro kirambuye n’itangazamakuru ntiryahakanye cyangwa ngo ryemeze ko rifite abarwanyi muri […]

Ntabwo Perezida Nkurunziza azongera gukandagiza ikirenge mu kibuga cy’umupira w’amaguru

Perezida Nkurunziza wari uzwiho gukunda cyane gukina umupira w’amaguru, kubera imvune yagize, ntabwo azongera kuwukina. Ibi ni ibyatangajwe n’umuvugizi we, Karerwa Ndenzako Jean-Claude mu kiganiro yagiranye n’atangazamakuru, avuga ko ubuzima bwa Perezida Nkurunziza bumeze neza, ariko ko ikibabaje ari uko atazongera guconga ruhago. Yagize ati “Ubuzima bwa Perezida Pierre Nkurunziza bumeze neza, gusa ntabwo azongera gukina […]

Uganda: Ese koko Gen Kayihura yaba yari atunze imashini yafataga amajwi abayobozi barimo na perezida Museveni?

Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda arebana n’itabwa muri yombi ry’uwari umukuru w’igipolisi, Gen Kale Kayihura, kuri ubu aravuga ko mu rugo rwe hasanzwe imashini ifata amajwi bivugwa ko yaba yarakoreshaga mu gufata amajwi perezida Museveni, abaminisitiri, ndetse n’abayobozi b’inzego z’umutekano. Amakuru agera ku rubuga Spyreports aturuka ku muntu uri mu iperereza aravuga ko iyi […]