Rwamagana: Abagabo bagira ipfunwe ryo kuvuga ko bakubiswe n'abagore babo
Abagabo bo mu karere ka Rwamagana baterwa ipfunwe no kugaragaza ihohoterwa bakorerwa nâabagore babo, batinya ko bakwitwa inganzwa na bagenzi babo. Umuturage utuye mu murenge wa Kigabiro ahamya ko abagabo bahohoterwa mu ngo zabo, bagakubitwa n’abagore babo, ariko kubera kwanga guhabwa urw’amenyo bagahitamo kuryumaho. Agira ati “hari abagore bakubita abagabo, turabazi, nko mu mudugudu wacu […]
Ese icyifuzo cya Senderi cyo gusubizwa muri Guma Guma kizahabwa agaciro?
Umuhanzi Senderi International Hit kuri ubu kwifata byamunaniye agira icyo asaba abashinzwe gutegura amarushanwa ya PGGSS (Primus Guma Guma Super Stars) ko yahabwa andi mahirwe yo kurisubiramo. Senderi atangaje ibi nyuma y’amabwiriza yashyizweho ko umuhanzi urengeje imyaka y’amavuko 35 atemerewe kwitabira iri rushanwa, kandi we akaba yarayirengeje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, […]
Gen. Prime Niyongabo arashyirwa mu majwi ko afasha Kayumba Nyamwasa mu mugambi wo gutera u Rwanda
Leta yâu Burundi irashyirwa mu majwi ko ifatanya nâiya Uganda mu gutera inkunga ishyaka RNC riyobowe na Kayumba Nyamwasa, mu gutoza urubyiruko rwo mu nkambi zâimpunzi zâAbanyarwanda ziri muri Uganda, kuba abanyamuryango bashya baryo mu mugambi wo kubuza umudendezo u Rwanda. Ikinyamakuru Virungapost dukesha iyi nkuru, gitangaza ko hamaze iminsi hatangijwe inkambi nshya ya RNC […]
Abaperezida 10 ba Afurika bagiye bishingikiriza imbaraga z'abapfumu zikabatenguha
Bitewe nâ imyemerere yabo, abaperezida bayoboye ibihugu bya Afurika bagiye bavugwaho gukorana nâ abapfumu kugirango bagume ku butegetsi batinya guhirikwa ariko bikarangira badahiriwe. Hamwe na hamwe muri Afurika hari baperezida bagiye bavugwaho kugira abajyanama bâ abapfumu, iyi myumvire rero ifitanye isano nâ umuco nyafurika wa kera aho wasangaga buri mwami akikijwe nâ abapfumu ndetse nâ […]
Misiri: Abafana 28 bakatiwe nâurukiko kubera kwambara imyenda iriho amagambo ashotora leta
Urukiko rwa Misiri rwahanishije igifungo cyâumwaka kuri buri wese, abafana bâumupira wâamaguru bagera kuri 28 bazira kwambara imyenda igaragaza ibintu byabaye mu myaka 5 ishize ndetse no kwibasira leta. Aba bafana bagaragaye mu kibuga mu kwezi kwâUkwakira 2017, bambaye imipira yanditseho amagambo agira ati âTwibasire leta duteze akaduruvayo, aba bafana bakaba barambaye iyi myenda mu […]
Uganda/Kisoro: Ni iki cyihishe inyuma yo kwirukana Abanyarwanda 75 nâ abanyekongo 65?
Abashinzwe umutekano muri Uganda, mu gace ka Kisoro kegereye umupaka wa Bunagana birukanye Abanyarwanda 72 nâ Abanye Congo 65 bamwe muri bo baranafungwa ku bw’impamvu zitaramenyekana. Aba bantu bose birukanwe ngo bakekwaho kuba ari abahoze mu mutwe wa M23 mu gihe Leta ya Uganda itangaza ko ihangayikishijwe nâ ibikorwa byâ ubugizi bwa nabi ndetse nâ […]
Perezida Trump yabwiye Kim Jong ko Amerika ifite igisasu kinini kandi kirusha imbaraga ibyo ajya yohereza
Perezida wa Leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump yaburiye mugenzi we wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un ko ashatse yarekera aho kohereza ibisasu mu kirere kuko Amerika na yo ifite ibirenze ibyo Koreya yohereza mu kirere ko na yo ishatse yabyohereza. Mu butumwa perezida Trump yanyujije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa Kabiri […]
Safi wemeza ko atarakora ubukwe na Judithe yahishuye igihe bazabanira mu nzu imwe
Umuhanzi nyarwanda Niyibikora Safi wamenyekanye ku izina rya Safi Madiba mu itsinda rya Urban Boys, amaze amezi asaga 3 asabye akanakwa uwo yahisemo ko azamubera mutima w’urugo , Niyonizera Judithe ndetse aba bombi bakaba baranasezeranye imbere yamategeko ariko kugeza magingo bakaba batabana nk’umugore n’umugabo, gusa akaba yatangaje igihe bazabanira mu nzu imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu […]
U Rwanda rwafunguye amarembo ariko ntirwayarangaje- Amb Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga nâUmuryango wâAfurika yâIburasirazuba Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwugururiye amaremgo abanyamahanga ngo baze bashore imari mu gihugu ariko ko rutatereye iyo ngo rwe gukurikirana ibikorerwa ku mipaka nâahandi binjirira. Ni nyuma yâuko guhera ku itariki ya mbere Mutarama 2018, abanyamahanga biganjemo abo ku mugabane wâAfurika batangiye […]
Umupadiri yemeza ko Ikuzimu hatabaho ahubwo ko ari ibihimbano
Umupadiri mu idini ryâAbepisikopi muri Amerika, John Shelby Spong atangaza ko ikuzimu hatabaho ahubwo ko ari ibintu byahimbwe ngo abantu babashe kwigishwa bemere ibyo babwiwe kubera ubwoba no gutinga aho hantu. Mu buhamya bwe yatanze mu minsi mikuru, uyu mukozi wâImana yagize ati âSinizera ko ikuzimu habaho, gusa nemera ko hari ubuzima nyuma yâurupfu.â Uyu […]
Uganda: Buri mudepite watoye yego ku ikurwaho ry'ingingo ya 102 mu Itegekonshinga yahawe umurinzi ufite imbunda
Abadepite basaga 300 mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda bamaze gusinyira abazajya babarindira umutekano gusa aba bakaba biganjemo abo mu ishyaka riri ku butegetsi NRM. Ikinyamakuru spyreports kivuga ko buri mudepite wayoye âYesâ mu matora aherutse muri uganda agamije gukuraho ingingo yageneraga imyaka umukuru wâigihugu mu Itegekonshinga rya Uganda ubu yamaze kubona umurinzi ubifitiye ububasha, […]
Dogiteri yakoze amasaha 18 ataruhuka birangira apfiriye imbere yâabarwayiâ AMAFOTO
Dr Zhao Bianxiang wari ufite imyaka 43 yâamavuko, ukomoka mu Ntara ya Shanxi, mu Bushinwa, yakoze amasaha 18 avura abarwayi arananirwa cyane birangira abaguyemo ahita apfa. Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017, nibwo Dr Zhao Bianxiang yapfiriye mu bitaro yari asanzwe akoramo ” Yuci District Hospitalâ mu mujyi wa Shanxi. Nkâuko bitangazwa na […]
Rubavu: Abayobozi babiri mu murenge wa Nyamyumba batawe muri yombi
Abayobozi babiri mu murenge wa Nyamyumba ho mu karere ka Rubavu bari mu maboko ya polisi bacyekwaho kunyereza amafaranga ya mituweli bahawe n’abaturage. Abo, ni nmukuru wâumudugudu wa Kabiza, Musabyimana Innocent nâumuyobozi wâabajyanama bâubuzima mu kagari ka Rubona mu murenge wa Nyamyumba uyu mudugudu uherereyemo witwa Uwayezu Emmanuel. Mu kiganiro Itangazazamakuru ryagiranye nâumunyabanga Nshingwabikorwa wâumurenge […]
Burundi: Interahamwe zinjijwe mu mutwe kabuhariwe ushinzwe kurinda Perezida Nkurunziza
Umwe mu basirikare bakuru mu bari bashinzwe kurinda umutekano wa Perezida wâ u Burundi, Pierre Nkurunziza yemeza ko abarwanyi bâ Abanyarwanda â Interahamweâ binjijwe mu mutwe kabuhariwe wâingabo zishinzwe kurinda abayobozi bakuru bâ igihugu cyâ u Burundi. Ku ruhande rumwe , aya makuru avuga ko Interahamwe ziri mu ngabo zâ u Burundi yigeze kuvugwa nyuma […]
Umuhanzi Jah Bone D yasobanuriye Chezidek amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi
Mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2108, Umuhanzi wâ icyamamare ku Isi ukomoka muri Jamaica, Chezidek yamaganiye kure jenoside yakorewe Abatutsi nyuma yo gusobanurirwa amateka yayo na mugenzi we, Jah Bone D Kageme utuye mu Busuwisi. Kageme yagerageje kubwira Chezidek incamake yâ amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994 ndetse bafata nâ […]
Yabwiriye mukuru we mu rusengero ko yari yamutanze ikuzimu â REBA VIDEO
Imbere yâimbaga yâabakiristo, mu itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR) i Rwamagana, umugabo yatangaje uburyo yajyaga ikuzimu byâumwihariko anahishurira mukuru we ko na we yari yamutanzemo igitambo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amaze gusengerwa na bwo kumufata bigoranye nkâuko bigaragara muri video, uyu mugabo yahawe mikoro, atanga ubuhamya. Ati âHaleluya, mumpere Imana icyubahiro, âŠreka nsabe mukuru wanjye ahaguruke […]
DRC: Felix Tshisekedi yatangaje ko Joseph Kabila atakiri Perezida
Umuyobozi wâ amashyaka arwanya Leta ya Congo-Kinshasa, Felix Tshisekedi yatangaje ko kuva ku itariki ya 1 Mutarama 2018, Joseph Kabila adafite uburengenzira bwo kwitwa Perezida wa Repubulika byaba mu gihugu cyangwa se hanze yacyo. Umukeba wa Joseph Kabila kimwe na Se Etienne Thisekedi, Felix Tshisekedi yabitangarije i Kinshasa mu kiganiro yagiranye nâ itangazamakuru ubwo yemezaga […]
Dore zimwe mu ngeso usabwa kureka kuko zishobora kukuviramo urupfu mu gihe cy'akababriro
Kumva ko umuntu ashobora gupfa ari gukora imibonano mpuzabitsina si ibintu wahita wumva ako kanya, gusa ubushakashatsi bwakozwe nâurubuga 7sur7 bwerekanye ko abantu bakora imibonano mpuzabitsina abasaga 93% bapfa bazize ingaruka ziterwa no kubikora nabi. Dore zimwe mumpavu zishobora gutuma umuntu apfa ari gukora imibonano mpuzabitsina: Guca inyuma uwo mwashakanye [xyz-ihs snippet=”google”] Ntabwo bihita byumvika […]
Igitekerezo: Rubavu ikeneye kuvugutirwa umuti urenze guhindura abayobozi
Aka karere ntikahwemye kumvikana nkâakarimo ibibazo, kuva ku bwa ba Munyakayanza Samuel, Bahame Hassan na Sinamenye Jeremie, none na Habyarimana Gilbert aho aziye biracyakomeza. Akarere ka Rubavu niko kaherekeje utundi mu mihigo yâumwaka 2016-2017. Umwanda wabonywe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ubwe, ubwambuzi butuma abaturage bahora batonze ku karere, âŠ..kugera nâaho abajyanama baje gutora Meya […]
Rusizi: Hari abamara umwaka wose batarya inyama bakimara ipfa ku Bunani
Kimwe mu byaranze ibyishimo byâumunsi mukuru wâubunani mu mirenge yose igize akarere ka Rusizi, ni ukurya inyama bakimara ipfa kuko hari ababa bamaze umwaka wose batabasha kuzigura. Bamwe muri aba baturage baganiriye na Bwiza.com, bayibwiye ko kurangiza umwaka bagatangira undi ari ibintu baha agaciro cyane, uretse kujya mu nsengero bagashima Imana ko yabarinze, hari amafaranga […]
Igisirikare cya Uganda, UPDF cyangiwe kwinjira muri RDC guhangana na ADF
Perezida Museveni yatangaje ko Umuryango wâAbibumbye ndetse nâinzego zâubuyobozi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo banze kumuha uburenganzira ngo igisirikare cye kinjire imbere mu mashyamba ya Congo guhangana nâumutwe wa ADF. Mu minsi ishize, nibwo ingabo guverinoma ya Uganda yohereje abasirikare batagira ingano ku mupaka uhuza Uganda na RDC mu rwego rwo guhangana nâingabo za […]
Gahunda yo kureka abanyamahanga bakinjira mu Rwanda nta Viza yatangiye kubahirizwa
Guhera ku itariki ya Mbere mutarama 2017, u Rwanda rwatangiye kwakira abanyamahanga baje nta byangombwa byanditse bitwaje, mu gihe bemerewe kumara iminsi itarenze 30 mu Rwanda. Guhera mu kwezi kwa 11 umwaka ushize, ni bwo u Rwanda twatangaje ko abantu baturutse mu bihugu byo mu muryango wâAfurika yâIburasirazuba bemerewe kumara amezi 6 mu Rwanda, aho […]
Dukomere ku gihango dufitanye n'u Rwanda by Umurage Groupe Official Video
Ibyago 7, Ibisebe, amazi azahinduka amaraso ⊠Ibyahishuwe – Rv Rwibasira Vicent
Ubatashye by Ngango JMV Inshuti y'Urugamba
Abagabo bâabanyafurika ubahe kwiyemera,kwiyumva,ukuremo ubujiji nâubuhumyi-Apostle Gitwaza asenga
Ubuhanuzi ku igihugu cy'u Rwanda no kuri Perezida Paul Kagame
Opinion: Ibiyaga bigali, ikibuga Umufaransa nâ Umunyamerika bakiniraho bapimana imbaraga
Kuva jenoside yakorewe Abatusti yahagarikwa mu Rwanda muri 1994, akarere kâ Ibiyaga Bigali ntikigeza kagira ituze nâ umudendezo bisesuye mu rwego rwa politiki kuko kagiye karangwamo intambara zishingiye ku nyungu bwite zâ ibihugu byâ ibihangange biyoboye isi. Ubutunzi karemano aka karere u Rwanda ruherereyemo niyo ntandaro yo guhangana hagati yâ ibihugu bikomeye ku isi nka […]
Umugabo yakase umutwe w'inzoka ayinywa amaraso ahita apfa ako kanya
Umugabo witwa Elies Lenturio wo mu mujyi wa Sorsogon muri Philippines wari usanzwe azwi ku izina rya âCobra Kingâ yarumwe n’inzoka yâubumara yari afite, nâumujinya mwinshi ashaka kwihorera, yahise ayifata ayikata umutwe anywa amaraso yayo, yahise apfa muri ako kanya. Inzoka yamurumye ni iyo mu bwoko bwa Cobra, ariko ubusanzwe ngo yajyaga arumwa nâinzoka zâamoko […]
Hagiye kubaho ibiganiro byâamahoro nâubuhahirane hagati ya Koreya zombi
Perezida wa Koreya yâEpfo, Moon Jae-in yatangaje ko yiteguye gukoranira bya hafi na mugenzi we kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru, mu gihe ibi bihugu byombi biri mu myiteguro yo guhuzwa nâamarushanwa y’imikino Olimpike mu minsi iri imbere. Mu ijambo rye yagejeje ku banyagihugu mu muhango wo gusoza umwaka, Moon Jae-in, yatangaje ko mu […]
Nyamasheke: Abakorera mu isanteri ya Kirambo ntibavuga rumwe n'akarere kagiye kuyimura
Nyuma yâinkuru yâiyimurwa ry’isanteri yâubucuruzi ya Mugonero iherereye mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke, amakuru agera kuri Bwiza.com aranavuga iyimurwa ry’indi yâubucuruzi ya Kirambo iri mu murenge wa Kanjongo muri aka karere. Ubuyobozi buvuga ko iri mu gishanga, abayicururizamo bo bakavuga ko batarabiganirizwaho. Aganira na Bwiza.com,umuyobozi wâakarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe iterambere ryâubukungu,Ntaganira […]
Umusore wanteye inda dufana Man.United anyigaramye ku munota wa nyuma, yanze ko tubana, ngo azatwara umwana we nakura, NKORE IKI?
Umwaka mushya kuri mwese, mu rugo ni i Nyanza nkaba ndi umufana wâikipe ya Manchester United hamwe na Rayon Sports, ubu mbabwira nahuye nâibizazane, umusore yanteye inda, nyuma yo kunyiyegereza buhoro buhoro kuko twafanaga ikipe imwe. Urukundo rwaduhuzaga mbere rwari rushingiye ku ikipe, nyuma twaje kuba inshuti ndetse tunisanga twanaryamanye, twari twemeranyije ko tuzajya mu […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru aremeza ko intwaro za kirimbuzi bafite zarimbura Amerika
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jon- Un, yavuze ko igihugu cye gifite intwaro za kirimbuzi za nuclear zishobora kurasa Amerika. Perezida Kim ibi yabitangaje mu ijambo rye ryâumwaka mushyaka yavugiye kuri radiyo na televiziyo byâigihugu, ahamya ko kuba Amerika izi neza ko bafite ibitwaro bya kirimbuzi byayisenya, ari yo mpamvu nayo itatinyuka kuyigabaho ibitero. […]
Dore ingingo 20 zo kuzirikana niba ushaka kwigarurira umutima w'uwo ukunda
Ni kenshi usanga abantu barira ngo inkundo zarabananiye cyangwa se ugasanga bavuga ko batazi gutetesha abakunzi babo nyamara ari ubushake bucye baba babishyizemo, Bwiza.com twagerageje kubakusanyiriza bimwe ushobora gukoresha igihe uganiriza umukunzi wawe ukigarurira umutima we wose. [xyz-ihs snippet=”google”] 1. Mufate neza mu buryo bwose bugushobokeye 2. Fata umwanya uhagije wo kumuvugisha 3. Musangize amwe […]
Rusizi: Abikorera baranenga uburyo gare ya Rusizi itabyazwa umusaruro
Ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi buvuga ko gare ya Rusizi yatwaye akayabo ka miliyoni zirenga 600 mu kuyubaka, abikorera bo banenga uburyo yubatswemo ndetse ikaba itanabyazwa umusaruro ukwiye. Nta bikorwa remezo bigaragara biyirimo, abagabo nâabagore bahurira mu bwiherero bumwe kubera ko nâibikorwa remezo byangiritse bitinda gusanwa, nta nyubako zihari umugenzi ashobora gufatiramo icyo akeneye cyangwa aha […]
Abahanzi Ali Kiba na Sheebah Karungi basesekaye i Kigali, biteguye gutaramira Abanyarwanda
Ali Saleh Kiba uzwi nka Ali Kiba, Sheebah Karungi, bari buririmbe mu gitaramo cya East African Party kuri uyu 01 Mutarama 2018, bose bamaze kugera mu Rwanda ndetse imyiteguro bayigeze kure mu gihe habura amasaha make ngo igitaramo gitangire. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Alikiba nushaka umwite King Kiba, ni umwe mu bahanzi bakuze mu muziki kandi akaba […]
Barahinyura yayobotse FPR-Inkotanyi kubera umujinya wâumuranduranzuzi yatewe na Leta ya Habyarimana
Ahagana mu 1990, Barahinyura Shyirambere Jean yari umwe mu ntitizi zari zizwi mu gihugu ndetse anakorana na Leta yari ihiro mu Rwanda aza kwitandukanya nayo kubera umujinya wâumuranduranzuzi yatewe nayo ubwo yamufungiraga umugore. Barahinyura yagize agahinda kenshi yatewe nâ igihano cyâ igifungo cyâ imyaka 6 Leta ya Habyarimana yakatiye umugore we, mu kugaragaza uwo mujinya […]
RDC: Abantu 8 baguye mu bikorwa byâimigaragambyo yo kwamagana perezida Kabila
Mu gitondo cyo ku munsi wâejo ku cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017, muri Republika iharanira Demokarasi ya Congo habyukiye ibikorwa byâimyigaragambyo yari igamije kwamagana perezida Joseph kabila, kugeza ubu abagera ku 8 bakaba bamaze kuyigwamo. Ibitangazamakuru bitandukanye byatangaje ko abantu 8 bâAbasivili ari bob amaze gupfa kubera ibikorwa byâurugomo biri gukorwa mu izina ryâimyigaragambyo, […]
Burera: Umushoferi yatawe muri yombi apakiye imyenda ya Caguwa yinjiye mu gihugu idasoze
Polisi ikorera mu karere ka Burera yataye muri yombi kuwa 30 Ukuboza 2017, umushoferi wâimodoka yo mu bwoko bwa Dyna ipakiye amabaro agera kuri 60 yâimyenda ya caguwa ndetse nâuwo bari kumwe bikekwa ko ari we nyiri uwo muzigo. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara yâAmajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira yavuze ko […]
Abashaka gusenya bahoraho ariko ni ngombwa ngo bekugira icyo bageraho aho baturuka hose-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda ku bufatanye bagaragaje muri uyu mwaka ushize wa 2017 mu kuzamura ubukungu no kubungabunga imibereho myiza yabo anabasaba gukomeza kuba maso no gukorera hamwe hagamijwe kwirinda uwaza ashaka guhungabanya ibyagezweho byose. Mu ijambo rye yagejeje ku banyarwanda mu muhango wo gutangiza umwaka wa 2018, perezida wa […]
Umugore nâumugabo bafashwe basambanira ku muhanda ku manywa yâihangu
Umugore nâumugabo mu gihugu cya Senegal baherutse gufatwa bari gusambanira ku muhanda bakuyemo imyenda yose ku manywa yâihangu nta cyo bibabwiye. Uyu mugore nâumugabo batatangajwe amazina bafotowe nâabihitiraga bari mu bikorwa byo gushimisha imibiri gusa ngo bakaba nta cyo byari bibabwiye kuko bari bameze nkâabibereye mu rugo rwabo. Ibitangazamakuru bitandukanye muri kiriya gihugu byatangaje ko […]
Thailand: Umugabo wâimyaka 34 yakatiwe imyaka 13,275 yâigifungo
Urukiko rwo muri Thailande rwakatiye igifungo cyâimyaka 13275 umugabo witwa Pudit Kittithradilok wâimyaka 34, wari ukurikiranweho kubeshya abantu akabambura abizeza gushora amafaranga muri business ze abizeza inyungu zâumurengera. Biravugwa ko abantu basaga 40,000 baguye mu mutego we bagashora amafaranga agera muri miliyoni 160$ muri izo business ze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urukiko rwasanze uyu mugabo yaragiye mu […]
Afrika yâEpfo: Umunyeshuri wâumukobwa arashinja umuhungu wa Grace Mugabe kumutera inda akamwihakana
Umukobwa wâimyaka 22 wo muri Repubulika yâAfurika yâEpfo arashinjwa umuhungu wâuwahoze ari perezida wa Zimbabwe, Grace Mugabe, Russell Goreraza umukutera inda bari ku ishuri. Uyu mukobwa witwa Dineo Gwendoline Kekana avuga ko yatangiye gukundana nâuyu musore Grace Mugabe yabyaye ku mugabo we wa mbere guhera muri 2016 bakaza kuryamana akaba yaramuteye inda. Ikinyamakuru the Herald […]
Kenya: Abantu bagera kuri 36 baguye mu mpanuka yâimodoka abandi benshi barakomereka
Abantu bagera kuri 36 ni bo babarurwa mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2017, ko baguye mu mpanuka yâimodoka, mu gihe abandi bagera kuri 18 bayikomerekeyemo bikabije. Daily nation dukesha iyi nkuru kivuga ko imodoka yâikamyo yaturukaga mu mujyi wa Nakuru-Eldoret ubwo yagonganaga nâimodoka nini itwara abagenzi nay o yari mu cyerekezo ikamyo […]
Rubavu: TI Rwanda yahamurikiye ibyavuye mu bushakashatsi bwayo kuri ruswa
Umuryango urwanya ruswa nâakarengane mu Rwanda (Transparency International Rwanda),wamurikiye ubuyobozi bwâIntara yâIburengerazuba nâUturere tiyigize ubushakashatsi wakoze kuri ruswa nto mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2017 mu gikorwa cyabereye mu Karere ka Rubavu kuwa 28 Ukuboza. Nkâuko byasobanuwe na Bwana, Mupiganyi Appolinaire, umuyobozi nshingwabikorwa wa TI-RW ngo ubushakashatsi bugamije kugaragaza ibibazo abaturage bahura nabyo mu […]
Abagore bakunze kugaragara mu buzima bwa politiki yâu Rwanda
Aba ni bamwe mu bagaragara mu buzima bwa politiki yâ u Rwanda mu gihe rukomeje kuba intangarugero mu kugira umubare munini wâ abagore mu myanya yo hejuru ifata ibyemezo mu buyobozi bwâ igihugu [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Jeannette Kagame : Kuva tariki ya 24 Werurwe 2000, Jeannette Kagame yinjiye mu mateka yâu Rwanda nâisi muri rusange nka […]
Hamisa Mobetto aravuga ko Zari Hassan ashobora kuba intandaro yo gutuma nyina apfa vuba
Intambara yâamagambo irarimbayije hagati yâabagore 2 bâumuhanzi Diamond, nyamara nubwo nta wapfa kumenya iherezo, ariko inkomoko ya byo ni ifuhe ryâaba bagore Hamisa Mobetto na Zari Hassan basangiye umugabo. Ikibazo cyâamagambo hagati yâaba bagore si icya vuba aha, kuko nta munsi utambuka batavuzwe mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga baterana amagambo, ngaho kwitana indaya, gushinjanya […]
Misiri: Morsi wahoze ari perezida yakatiwe imyaka 3 yâigifungo hamwe na bagenzi be
Mohamed Morsi wahoze ari perezida wâigihugu cya Misiri yakatiwe igifungo cyâimyaka 3 hamwe nâabandi bagera kuri 19 barimo abahoze ari Abadepite, abanyepolitiki mu nzego zitandukanye ndetsenâabanyamakuru 3 bazira gutuka ubutabera. Jeunarique dukesha iyi nkuru ivuga ko Morsi yakatiwe iyi myaka 3 yiyongera ku yindi igera kuri 45 yari yarakatiwe ku byaha yashinjwaga byâubwicanyi muri 2013. […]
RDC: FARDC yataye muri yombi umuyobozi ushinjwa gutegeka iyicwa ryâimpuguke za Loni
Igisirikare cya Congo kiratangaza ko mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu ushize, itariki 30 Ukuboza, cyataye muri yombi uwitwa Constantin Tshidime Bulabula, akaba ari umuyobozi wâigiturage cya Moyo Musuila, ushinjwa kuba ari we wategetse iyicwa ryâimpuguke 2 za Loni zishwe muri Werurwe, uyu mwaka. Umuyobozi wâingabo muri Kasai, Gen. Assumani akaba yemeje ko uyu […]
Imashini igabanya amavuta mu mubiri nâ ibiro yavumbuwe
Itsinda ryâ abashakashatsi bo muri Kaminuza yâ Ikoranabuhanga muri Singapour ryavumbuye igikoresho kizajya gifasha abantu bifuza kugabanya ibiro nâ umubyibuho ukabije. Iki gikoresho cyiswe patch gifite ubushobozi bwo kugabanya umubyibuho wâ amavuta kugeza ku kigero cya 30% mu minsi 28. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bashakashatsi bo muri Nanyang Technological University muri Singapour berekanye ko ubu buryo […]
U Rwanda rwatangije umushinga wo kohereza icyogajuru mu kirere bitarenze 2020
Ku Bufatanye nâ u Buyapani u Rwanda rwatangije umushinga wo kohereza mu kirere icyogajuru kizarushaho kurufasha mu guteza imbere itumahano. Mu Rwanda, uyu mushinga wâ icyogajuru wabanjirijwe no gushinga ikigo cyâ ubumenyingiro mu byâ ikirere nâ ibyogajuru nkâ uko byatangajwe nâ Ikigo cyâ u Buyapani JICA ifatanyije na RURA nâ abandi bafatanyabikorwa banyuranye. Hagati mu […]
Ese ni ngombwa gusenga uhagaze, wicaye, cyangwa upfukamye?
Inshuro nyinshi, amasengesho afatwa nkâaho hari uburyo runaka bwagenwe budahinduka umuntu yakoresha igihe asenga. Hari nâabantu batekereza ko batavuze ibintu byiza, cyangwa badasenze bari ahantu heza Imana idashobora kubumva kuburyo isubiza amasengesho yabo. Ariko ibi bihabanye na Bibiliya. Imana ntisubiza amasengesho yacu igendeye ku gihe dusengeye, uburyo dusenga tumeze, aho twasengeye cyangwa nâamagambo tuba twakoresheje. […]
Amajyaruguru: Ikibazo cy'ibiyobyabwenge cyahagurukije abaminisitiri batatu
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 27 Ukuboza 2017 mu Karere ka Burera habereye igikorwa cyo gukangurira abaturage ububi bwâibiyobyabwenge no kubashishikariza kwitandandukanya na byo. Iki gikorwa cyayobowe na Minisitiri wâUbutegetsi bwâIgihugu, Hon Francis Kaboneka, kitabiriwe kandi na Minisitiri wâUbuzima, Dr Gashumba Diane, uwâUrubyiruko Mbabazi Rosemary, Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda, […]
Nyina wa Diamond yivanze mu ntambara y'amagambo iri hagati y'abakazana be (Zari na Mobeto)
Sanura Kassim, nyina wa Diamond Platnumz, igihanganjye muri muzika ya Afurika y’Iburasirazuba, asa n’umaze kurambwira ikinamico iri hagati y’abagore b’umuhungu we , Hamisa na Zari Hassan. [xyz-ihs snippet=”google”] Kuva aho bimenyekanye ko Hamisa Mobeto yabyaranye na Diamond wari usanzwe afite umugore babana mu nzu, umwuka wabaye mubi hagati yaba bombi (Zari &Mobeto) kugeza n’aho nyirabukwe […]
Déo Mushayidi yari yarihaye Imana nyuma yinjira muri Politiki ashidikanya imugwa nabi
Nyuma yo gukomeretswa nâ amateka mabi yaranze u Rwanda akanahitana abo mu muryango we, byatumye Mushayidi atekereza kwinjira wese wese muri politiki nyuma y’aho FPR/Inkotanyi itangiriye urugamba rwo kubohora igihugu rwayihuje nâ ingabo za Leta yayoboraga u Rwanda. Mushayidi yabaye umufurere: Mbere yo kwinjira muri politiki, Mushayidi yabaye mu bihayimana (FrĂšres JosĂ©phites) imyaka 12, anigisha […]
Burundi: Agathon Rwasa aramagana icyemezo cyo guhindura abari bashinzwe umutekano we
Visi perezida wâInteko ishinga amategeko yâu Burundi, Agathon Rwasa, aramagana icyemezo cyo kumuhindurira abasanzwe bamurinda bitewe nâimpungenge zâumutekano we kuva mu 2010. Biravugwa ko Agathon Rwasa wari usanzwe urindwa nâabasirikare kuri ubu yahawe uburinzi bwâabapolisi, ariko akaba atishimiye iki cyemezo nkâuko yabigaragaje mu ibaruwa yandikiye ababishinzwe asaba guhagarika iki cyemezo. [xyz-ihs snippet=”google”] Muri iyi baruwa, […]
Nzamwita de Gaule wahataniraga kuyobora FERWAFA akuyemo kandidatire ye ku munota wa nyuma
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ukuboza 2017, mu cyumba k’inama cya Lemigo Hotel , hari kubera igikorwa cyo gutora umuyobozi wa Federasiyo y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Nzamwita Vincent De Gaule wari usanzwe ayiyobora ndetse wari wanongeye kwiyamamaza, yatangaje ko akuyemo kandidatire ye. Bicishijwe ku rukuta rwa Twitter rwa Ferwafa, bagize bati “Ku […]
Tanzania: Komiseri wâAkarere yategetse guta muri yombi abanyeshuri 55 batewe inda
Komiseri wâAkarere muri Tanzania witwa Sebastian Waryuba yategetse igipolisi guta muri yombi abana 55 bâabanyeshuri mu mashuri yisumbuye batwaye inda mu myaka 2 ishize. Ubwo yavugaga mu nama ya komite ngishwanama yâAkarere ka Tandahimba kuwa mbere ushize, Waryuba yavuze ko aba bana bâabanyeshuri nâababyeyi babo bakwiye gufungwa mu gihe iperereza rikomeje. Ibi ngo bikaba biri […]
Ndi umukobwa wâimyaka 24, mba kwa mukuru wanjye, iyo bari mu cyumba bagakora imibonano mba mbyumva, bikanshumuza- NKORE IKI?
Mbanje kubasuhuza mbifuriza Noheli nziza nâumwaka mushya muhire wa 2018, icyo nsaba hano kuri bwiza.com ni inama, ntabwo ndibuvuge byinshi. Nkâuko natangiye mbivuga, mfite imyaka 24, ndi umukobwa ukijijwe rwose utajya wishora mu bigare byâabakobwa wenda ngo mbe nanywa inzoga cyangwa ngo nsambane. Mba kwa mukuru wanjye i Kigali, mpamaze igihe gito kuko nahaje ubwo […]
Mbarushimana wari ukurikiranweho uruhare muri jenoside yakatiwe igifungo cya burundu
Icyumba kidasanzwe kiburanisha ibyaha mpuzamahanga cyâUrukiko Rukuru kuri uyu wa Gatanu, itariki29 Ukuboza 2017, cyakatiye igifungo cya burundu Emmanuel Mbarushimana kubera uruhar rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Mbarushimana yohererejwe u Rwanda muri Nyakanga 2014 avuye muri Denmark nyuma yo kugerageza uko ashoboye kose kutoherezwa harimo no kwitabaza urukiko rwâuburenganzira bwa muntu […]