Uganda: Itorero Agape, indiri Kayumba Nyamwasa acuriramo imigambi yo gutera u Rwanda

Itorero Agape ryo mu Karere ka Mbarara muri Uganda biravugwa ko ritakiri itorero ry’ibikorwa by’iyobokamana ahubwo ryahindutse itorero rishakirwamo abantu bo kwinjiza mu mutwe wa gisirikare wa RNC ari nako hakorerwa za poropaganda. Amakuru urubuga Virungapost rufite avuga ko Itorero Agape rya Pasiteri Deo Nyirigira ryahindutse ikigo cy’ibikorwa by’ibanga bya RNC mu burengerazuba bwa Uganda, […]

Byinshi kuri “Football” isakoshi itajya itana na perezida wa Amerika aho agiye hose

Aho perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye hose ntatana n’isakoshi izwi nka football bivugwa cyangwa ikunze kugaragazwa muri za filimi no mu bitabo bivuga inkuru z’ubutasi nk’imashini y’imperuka ishobora kurimbura Isi yose. Ni muri urwo rwego Bwiza.com yifuje kubagezaho byinshi kuri iyi sakoshi ivugwaho byinshi byiganjemo ibikabyo ndetse n’inkomoko y’iri zina. Iyi sakoshi […]

Afurika y’Epfo : Umwe mu bakekwaho kwica Dr. Dusabe Raymond yatawe muri yombi

Polisi yo muri Afurika y’ Epfo mu Mujyi wa Cape Town yemeza ko umwe mu bakekwaho kwica umunyarwanda, Dr Dusabe Raymond amaze gutabwa muri yombi mu gihe abandi bafatanyije bimutse ahantu bari basanzwe batuye. Amakuru avuga ko Dr Dusabe Raymond w’ imyaka 42 y’ amavuko yari yaragiye i Cape Town muri Afurika y’ Epfo mu […]

Abanyarwanda barindwi birukanwe muri Tanzania

Abantu 94 barimo n’Abanyarwanda birukanwe muri Tanzania kubera kuhaba badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko Abirukanwe ni Abanyarwanda barindwi, Abanya Kenya 71, Abanya Congo barindwi, Abanya-Ethiopia batanu, Abanya-Uganda babiri, Umunya-Somalia umwe n’Umunya-Nigeria. Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka mu gace ka Kilimanjaro gaherereye mu majyaruguru ya Tanzania, bitangazwa ko abo bimukira birukanwe bari batuye badafite ibyangombwa, ngo bakaba bemerewe […]

Ishuri ry’Umuziki rya Nyundo rigiye kwimuka muri Rubavu

Ishuri ry’umuziki rya Nyundo vuba aha rigiye kwimuka mu karere ka Rubavu rishyirwe ahahoze Ishuri Rikuru ry’Uburezi rya Kavumu mu Karere ka Muhanga. Nk’uko byatangajwe na Jacques Murigande, umuyobozi w’iri shuri rya mbere rya leta ry’umuziki mu Rwanda, ngo kwimura iri shuri bigamije kugira ahantu hisanzuye hashobora kwakira umubare munini w’abanyeshuri biyandikisha buri mwaka. Yavuze […]

Loni irasaba Leta y’u Rwanda gufungura Col Byabagamba na bagenzi be ndetse ikabaha impozamarira

Itsinda ry’impuguke za Loni rikurikirana ibijyanye no gufunga abantu ku karengane riramagana ifungwa ry’abasirikare batatu bakuru b’u Rwanda barimo Tom Byabagamba rigasaba Leta y’u Rwanda kubarekura no kubaha impozamarira. Izi mpuguke za Loni zamaganye ifungwa rya Col Tom Byabagamba wahoze akuriye umutwe ushinzwe kurinda perezida, Frank Rusagara na Francois Kabayiza iri tsinda rivuga ko bafunzwe […]

Abana b'abakobwa beretse igihandure basaza babo mu bizamini bya leta

Abana b’abakobwa beretse igihandure basaza babo mu bizamini bya leta ku rugero rwa 55% mu gihe abahungu batsinze ari 44,5% nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kabiri, itariki 9 Mutarama 2018, na minisiteri y’uburezi itangaza amanota abanyeshuri bagize mu kizamini cya leta gisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange mu mwaka wa 2017. Mugisha Nsengiyumva Frank ukomoka mu […]

Ibiyaga bigari: Abanyapolitiki bifuza kuyobora bakazitirwa n’intege nke bafite

Mu gihe Abategeka Afurika bahora bavuga ko bayiyoboye bubahirije amahame shingiro ya Demokrasi, opozisiyo bahanganye si uko ibibona, ni nayo mpamvu bahora bahanganye bigatuma abaturage baharenganira. Iyo niyo ntandaro y’ intambara zo kurwanira ubutegetsi ku banyapolitiki bo mu bihugu byo mu Karere bifuza kuba abaperezida mu buryo bwose bushoboka ndetse baniyemeje gutanga ubuzima bwabo batababariye […]

U Burundi bushobora kuvana abadepite babwo muri EALA kubera itorwa rya Martin Ngoga ku buyobozi bwayo

Minisitiri w’u Burundi ushinzwe ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) aratangaza ko u Burundi butemera amatora y’umukuru w’Inteko ishinga Amategeko y’uyu muryango (EALA) aherutse kuba mu mpera z’umwaka ushize ngo kubera ko amahame n’amabwiriza bitubahirijwe. Minisitiri Isabelle Ndahayo akaba yatangaje ko banasabye ibisobanuro. Ku kibazo cyo kumenya niba abadepite b’abarundi batorewe kujya muri EALA bazakomeza […]

Habiba wasezerewe muri Miss Rwanda 2017 bigateza umwuka mubi, yemeje kugaruka mu iya 2018

Ingabire Habiba wari witabiriye amarushanwa ya ‘Miss Rwanda 2017’ akaza gushyamirana n’umwe mu bari bagize akanama nkemurampaka, akayavamo, kuri ubu avuga ko azitabira irushanwa ry’uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo yaganiraga na Contact TV, Habibah yatangaje ko nta kabuza agomba kwitabira iri rushanwa kuko amaze kugira ubunararibonye mu bijyanye n’amarushanwa yo guhatanira ubwiza cyane ko akubutse […]

Burundi: Umunyarwandakazi ukorera Volcano yatawe muri yombi yitwa maneko y’u Rwanda

Hashize iminsi 3 , umunyarwanda Goreth Kayiranga usanzwe akorera sosiyeti itwara abantu ya Volcano, ari mu maboko ya polisi ikorere mu Karere ka Muyinga mu Majyaruguru y’ u Burasirazuba y’ u Burundi. Goreth Kayiranga ngo ni umukozi wa Sosiyete ‘Volacano LTD’ asanzwe akorera mu gace ka Kobero kari ku mupaka w’ u Burundi na Tanzania, […]

Kiliziya Gatolika ihangayikishijwe n’ ikoreshwa ry’ udukingirizo no gukuramo inda mu rubyiruko

Mu gihe mu Rwanda havugwa gahunda yo kurininganiza imbyaro, Inama y’ Abepisikopi iranenga uburyo Leta igena idukingirizo inasaba abaturage kwirinda gukuramo amada. Mu itangazo bashyize ahagaragara bagiraga bati « Sosiyete yacu yaratewe kuko imibonano mpuzabitsina ku bantu batashingiwe byemewe, isigaye ari umuco bigatuma gukuramo inda bigwira kandi ari ibyaha mu maso y’ Umuremyi ndetse ni […]

Tanzania: Leta yahagurukiye Abahanzikazi bambara uko bishakiye

Minisitiri wungirije w’itangazamakuru, umuco, ubuhanzi na sport, Juliana Shonza, aratangaza ko Guverinoma ya Tanzania irimo gukurikiranira hafi abahanzi bose bashyira amafoto y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga bakaba bagiye gufatirwa ibyemezo. Minisitiri Shonza ibi yabivugiye i Dar es Salaam kuri iki cyumweru gishize avugana n’itangazamakuru, aho ngo ibyo yatangaje bije bikurikira itangazo ryasohowe na perezida Magufuli muri […]

RDC: Col Nizeyimana wa FDLR uherutse gutabwa muri yombi arashinjwa kwica abantu basaga 80

Benshi mu bavuga rikijyana muri Teritwari ya Walikale bishimiye itabwa muri yombi n’ifungwa ry’uwahoze ari umuyobozi mu nyeshyamba za FDLR, Col Evariste Nzeyimana bitaga Kizito ufunzwe n’ubutabera bwo mu Mujyi wa Goma ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Uyu wahoze ari umuyobozi muri FDLR yatawe muri yombi kuwa 21 Ukuboza nyuma yo kwitanga ku bushake, ari kumwe […]

Kisoro: Hafatiwe imbunda 11, abandi Banyarwanda 20 barirukanwa

Mu Karere ka Kisoro muri Uganda havumbuwe imbunda 11 mu mukwabu w’abashinzwe umutekano ndetse Abanyarwanda 20 bivugwa ko binjiye mu gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko barirukanwa. Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’aka karere, Hajji Shafiq Sekandi, umaze iminsi akurikirana imikwabu nk’iyi ikorwa kuva mu mwaka ushize n’abashinzwe umutekano, ngo izo mbunda zazanwe mu gihugu zivanwe muri Congo […]

Igurwa rya Coutinho rihinduye amateka mu ikipe ya FC Barcelona

FC Barcelona iguze Philippe Coutinho ihita yandika amateka yo kugura umukinnyi uhenze, nyuma y’igihe gito nabwo igurishije undi ubu uyoboye urutonde rw’abakinnyi baguzwe menshi. Philippe Coutinho ukomoka mu gihugu cya Bresil, yatanzweho akayabo ka miliyoni 145 z’amapawundi ava muri Liverpool FC bityo aca agahigo ko kuba umukinnyi uguzwe menshi mu mateka y’iyi kipe, ndetse ahita […]

Ibimenyetso 4 by'ibanze bizakwereka umukobwa washatse imibonano mpuzabitsina

Igihe cyose uzaba uri kumwe n’umukobwa w’inshuti cyangwa umugore wawe byange bikunde, hari bimwe mu byo mukora mu gihe muri kumwe ushobora kumukoraho, kumukinisha, kumuganiriza kumusoma ndetse n’ibindi byinshi wakwifuza bitewe n’igihe mwamarana. [xyz-ihs snippet=”google”] Nyuma yibyo byose hari bimwe mu bimenyetso umukobwa/umugore ashobora kugenda agaragaza uko umwanya ugenda ushira, bimwe muri byo twavuga: Gutukura […]

Paris: Ibinyoma bya Allain Juppé mu gukongeza jenoside yakorewe Abatutsi

Aho gutabara abantu barimo bicwa mu Rwanda bazira uko baremwe, Minisitiri w’ Ububanyi n’Amahanga w’ u Bufaransa mu 1994, Allain JuppĂ© yagize ati” Twafashije u Rwanda bihagije aho bigeze Loni irahari”. Iri ni ijambo Allian JuppĂ© yavuze umunsi Minisitiri w’ Intebe w’ u Bufaransa, Edouard Balladur ahakaniye Umugaba w’ ingabo Gen.Christian Quesnot ko nta musirikare […]

U Rwanda rurateganya kwaka Uganda ibisobanuro ku itabwa muri yombi rya Cyemayire

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda irateganya muri iki cyumweru kwamagana ku mugaragaro itabwa muri yombi ry’Umunyarwanda Emmanuel Cyemayire uherutse gufatirwa mu mujyi wa Mbarara. Uyu Cyemayire usanzwe ari umucuruzi muri Mbarara, yafashwe n’abantu bikekwa ko ari abo mu nzego z’umutekano za Uganda kuwa 04 Mutarama 2018 ahagana saa mbiri z’ijoro, kuri ubu akaba afungiye ahantu […]

Tanzania: Umuhanzi Diamond mu mishinga yo gushinga Radiyo na Televiziyo

Umuhanzi wo muri Tanzania, Diamond Platnumz, umaze kwigarurira imitima ya benshi, kuri ubu yamaze gusa nk’aho yagura imbibi akerekeza muri bizinesi (Business), akaba agiye gushinga radiyo na televiziyo. [xyz-ihs snippet=”google”] Nyuma yaho Diamond Platnumz atangarije imwe mu mishinga ye, yogucuruza imibavu (Parfum), kuri ubu noheho ari mumushinga wagutse wo gufungura Televiziyo na Radio bye bizajya […]

Ibihugu 10 bya mbere ku isi bifite ibitwaro byahindura isi umuyonga mu gihe gito

Ibihugu by’ibihangange ku isi, iyo byirata ubutwari ahanini biba bigaragaza imbaraga bifite byigereranyije n’ibindi rimwe na rimwe bifata nka bikeba byabyo. Ikinyamakuru yorkfeed.com, cyakoze urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere ku isi bifite ibitwaro bya kirimbuzi bimwe muri byo bishobora guhindura isi umuyonga mu gihe gito. 10.Iran Igihugu cya Iran kiza kuri uru rutonde, ni kimwe […]

Dusa nk’abakwamanye n’umuperezida utizera ko hari undi muntu washobora kuyobora Uganda — Depite Kyagulanyi

Depite Robert Kyagulanyi, akaba ari n’umuhanzi wabigize umwuga uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Bobi Wine muri Uganda no hanze yaho, aratangaza ko kuri ubu Abagande babuze amahitamo hagati y’igihugu n’umuntu utemera ko hari uwamusimbura ku butegetsi ngo ayobore igihugu. Ni mu kiganiro yagiranye na Aljazeera kuwa 03 Mutarama 2018. Perezida Museveni aherutse gushyira umukono ku […]

Nyanza: Abagera kuri 600 batuye mu manegeka bagiye kwimurwa

Abaturage bagera kuri 600 bo mu Karere ka Nyanza, ho mu Ntara y’Amajyepfo batuye mu manegeka, bagiye kwimurwa muri iyi ngengo y’imari y’umwaka wa 2017-2018 barusheho kwegerezwa ahari ibikorwaremezo bizajya bibafasha mu buzima bwa buri munsi. Ni muri urwo rwego bwana Kajyambere Patrick,Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Wungirije ushinzwe Ubukungu n’Iterambere, avuga ko kwimura abantu batuye […]

Tanzania: Umunyapolitiki uherutse kuraswa aravuga ko ubutegetsi bwa Magufuli ari nk’ubw’igitugu cya gisirikare

Tundu Lissu, umuyobozi mu ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania uherutse kuraswa muri Nzeri 2017 n’abantu bataramenyekana, aratangaza ko politiki za Tanzania ziteje akagaga mu butegetsi bw’igitugu buyobowe na perezida John Pombe Magufuli. Uyu mugabo Lissu kuri ubu arimo koroherwa aho arwariye mu Bitaro bya Nairobi, yajyanywemo nyuma yo kuraswa. Uyu wize amategeko akaba […]

U Rwanda rwateye utwatsi ibyo kwakira abimukira birukanwa muri Israel

Umugambi wa Israel utavugwaho rumwe wo kwimurira ku ngufu mu Rwanda no muri Uganda abimukira b’Abanyefurika ibihumbi basabaga ubuhungiro muri iki gihugu usa nk’uwapfubye nyuma y’aho ibi bihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba bihakaniye kugirana amasezerano na Israel kuri iki kibazo. Kuri uyu wa gatanu ushize u Rwanda rukaba rwaratangaje ko nta n’amasezerano nk’aya rwigeze rugirana […]

Impamvu zituma abo mwashwanye bakomeza kukugarukira

Ese wemera ko hari ubwo abantu batandukana, bakazongera gusubirana? Kubona abantu bakundana bahagarika urukundo ni ibintu bibaho. Kera kabaye nka nyuma y’amezi n’amezi cyangwa iminsi myinshi ukabona umwe muri bo agerageje kugaruka ari nabwo umwe atangira kwibaza icyatumye bashwana kandi mbere barakundanaga, akibaza impamvu yatumye barekana ndetse bakemera guhagarika urukundo nuwo bakundanaga kandi atarabyifuzaga. [xyz-ihs […]

Uganda: Umucuruzi w’Umunyarwanda muri Mbarara yashimuswe n’abashinzwe umutekano

Abantu bakekwaho kuba abakozi b’inzego z’umutekano za Uganda bongeye guta muri yombi Umunyarwanda witwa Emmanuel Cyemayire bamukuye mu mujyi wa Mbarara. Amakuru ahari akaba avuga ko Cyemayire yari muri uyu mujyi uherereye mu burengerazuba bwa Uganda kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 05 Mutarama 2018, ubwo abo bantu bamwinjizaga mu modoka bari barimo bakamujyana ahantu […]

Amajyaruguru: Hatangajwe gahunda nshya y'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney ari kumwe n’Abayobozi batandukanye, barimo, Umuyobozi ushinzwe Ibikorwa mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Petroli na Gaze, Lt Col Munyangabe Emmanuel, Umuyobozi Wungirije w’Akarere ka Gicumbi ushinzwe Imibereho Myiza, Benihirwe Charlotte, Lt Col Ntaganzwa ,wari uhagarariye NGALI Holdings Ltd n’abandi, Kuri uyu wa kane, Itariki 4 Mutarama 2018, […]

Umuvunyi usanzwe ari inshuti ya Perezida Nkurunziza yahamagariye Abarundi gutora Yego

Mu gihe abaturage biteguye amatora ya kamarampaka mu Burundi , Umuvunyi Mukuru wa Repubulika, Edouard Nduwimana usanzwe ari inshuti magara ya Perezida yahamagariye abaturage bose gutora yego. Mu kiganiro yagiranye n’ Itangazamakuru ubwo yasobanuraga umushinga w’ Itegeko rikubiyemo ivugurura ry’ Itegekonshinga, Nduwimana yagize ati « Birasanzwe ko igihugu gifite ubusugire cyavugurura Itegekonshinga, nta kibazo biduteye […]

Ruhango: Abagabo batatu bafashwe babaga imbwa , bamaze no kurya ibyo munda

Mu kagari ka Mbuye,umurenge wa Mbuye mu karere ka Ruhango, haravugwa inkuru y’abagabo batatu, bafashwe bamaze kubaga imbwa ndetse bamaze no kurya ibyo mu nda . Simbayobewe Justin bahimba Gahindura, wo mu kagari ka Mbuye , na Nzabahimana Emmanuel wo mu murenge wa Ntongwe , nibo basanze bafite imbwa ibaze, ndetse ngo bamaze kurya n’ibyo […]

Yaya TourĂ© yivuguruje atangaza kugaruka mu ikipe y’ igihugu

Nyuma yaho , umukinnyi mpuzamahanga w’ ikipe ya Ivory Coast, Yaya TourĂ© atangarije ko ahagaritse gukinira ikipe y’ igihugu cye ku itariki 20 Nzeli 2016, yisubiyeho mu maguru mashya. Yaya TourĂ© yafashe iki cyemezo gihubutse nyuma yaho Ivory Coast yegukaniye igikombe cya Afurika muri 2015. Uku kugaruka mu ikipe y’ iguhugu kwa Yaya TourĂ© byashmangiwe […]

Uganda: Umunyarwanda yakubiswe kugeza aho ashiramo umwuka

Polisi ya Uganda ikorera mu Karere ka Mitiyana yatangaje ko yataye muri yombi abantu 4 bakekwaho kwica umunyarwanda witwa Tuzabana wari usanzwe ari umukozi w’ uruganda rw’ icyayi. Uyu Tuzabana yishwe akubiswe n’ agatsiko k’ abantu benshi bamushinja ko yashatse gufata ku ngufu umugore witwa Mama Florence, ufite amacumbi akodeshwa aho Mitiyana nk’ uko Spyreports […]

Umugore ijipo yamucikiyeho atambaye ikariso, yambara ubusa imbere y'imbaga- REBA AMAFOTO

Shane Gilberto Jenek, Umuririmbyikazi ukomoka muri Australian akaba n’umushyushyarugamba ubivanga no gukora kuri television wamamaye ku izina rya Countney Act yandagajwe n’imyenda yari yambaye ubwo yitabiraga ibirori bya Big Brother’s Courtney Act . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 04Mutarama 2018 ubwo yinjiraga ahabereye ibi birori yambaye ikanzu nziza nkibisanzwe gusa akaza […]

Ese uruzinduko rwa Kutesa mu Rwanda rurasiga umwuka mubi uvugwa hagati yarwo na Uganda ushize ?

Minisitir[xyz-ihs snippet=”google-pub”]i w’ Ububanyi n’ Amahanga wa Uganda , Sam Kutesa yagiriye uruzinduko mu Rwanda abonana na Perezida Paul Kagame, hakaba hibazwa nina bishobora kurangiza umwuka mubi wavugwaga hagati y’ibihugu byombi urangiye. Uko bimeze kose, urugendo rw’ akazi rwa Sam Kutesa usanzwe ufite imikoranire myiza na Perezida Kagame rubaye mu gihe hari amakuru avuga ko […]

Nyina wa Diamond yandagajwe, aravugwaho kwipfubuza ku musore arusha imyaka 18

Hashije iminsi itari mike abagore ba Diamond Platnumz, Zari na Mobeto barihariye imbuga nkoranyambaga mu gucyocyorana, kuri ubu ibyari mu bagore bigeze no kuri ba nyina. Nyirabukwe wa Diamond, umubyeyi ubyara Hamisa Mobeto, yabwiye ba mwana we ari we nyina wa Diamond ko yarongowe n’umusore arusha imyaka 18, abigereranya no kwipfubuza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bije […]

Umujyanama wa Perezida Kagame agiye kwiyamamariza kuyobora Mali

Dr Hamadoun TourĂ©, wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango Mpuzamahanga w’ itumanaho (UIT) agiye kwiyamamariza kuyobora Mali mu matora ateganyijwe kuba mu 2018. Dr Hamadoun asanzwe azwiho gushima cyane imiyoborere ya Perezida Kagame, bikaba binatangazwa ko ari umwe mu bajyanama be. Ikinyamakuru maliactu mu nkuru cyakoze ku wa 3 Mutarama 2018, iri mu rurimi rw’igifaransa, […]

Mugabo/Mugore, dore impamvu 5 zatuma ushinga urugo ntirukomere

Buri muntu wese ugize imyaka 21 mu Rwanda amategeko amwemerera kuba yashaka umugore cyangwa umugabo, bazubakana urugo, bivuze ko uwo mushakanye muba muzabana ubuzima bwanyu bwose, iyo ibyo mwasezeranye mubyubahirije hagati yanyu mwembi ubundi mukazatandukanwa n’urupfu nk’uko benshi babivuga mu ndahiro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi rero si ko bigenda mu gihe umwe mu bashakanye afite zimwe […]

Hatangajwe amazina y’abakekwaho kwinjiza Abanyarwanda mu gisirikare cya Kayumba Nyamwasa

Amazina y’abantu batanu bagira uruhare mu kwinjiza Abanyarwanda mu gisirikare cy’ishyaka RNC riyobowe Kayumba Nyamwasa yashyizwe ku mugaragaro. Ni nyuma y’amakuru yasakaye hose yavugaga ko Jenerali Kayumba Faustin Nyamwasa yaba yinjiza abasore b’impunzi z’Abanyarwanda mu gisirikare abifashijwemo n’inzego z’iperereza za Uganda (CMI) na Minisitiri w’umutekano ,Gen(Rtd) Henry Tumukunde bivugwa ko ari inshuti ye y’akadasohoka. Aya […]

FPR/Inkotanyi yirinze kugwa mu mutego w’amashyaka menshi nk’uwa Leta ya Habyarimana

Amashyaka menshi ataratahirizaga umugozi umwe wo kubaka ubumwe bw’abanyarwanda, byagize ingaruka mbi ku gihugu, ubu ishyaka FPR- Inkotanyi rimaze imyaka 23 riyoboye, rigaragaza ukwigengesera ryirinda kuba naryo ryagwa muri uwo mutego. Ibyo abantu bita kutabangamira ubwisanzure na Demokrasi muri iyi myaka isaga 20, FPR -Inkotanyi imaze igiye ku butegetsi mu Rwanda, yabikomoye ku isomo ishobora […]

Mu myemerere y’ Abanyarwanda Nyabingi na Ryangombe bari abantu ki?

Ryangombe yari umuntu ukomeye mu Rwanda; akaba yari n’igitangaza kuko mu bintu yakoraga hari harimo magie, bakaba bavuga ko yaba yarakomokaga m’uburengerazuba bwa Uganda mu karere ka Kitara cya Muliro ni ukuvuga mu majyaguru y’ikiyaga cya Rwicanzige benshi bazi kuri(Lac Edouard). Igisekuru cye, Ise yitwaga Babinga umwana wa Nyundo, nyina akwitwa Nyiraryangombe, umugore we akitwa […]

Ubuhamya: Icyambabaje cyane ni uko muri jenoside abanjye bishwe n’ inshuti yanjye – Samputu JP

Umuhanzi Jean Paul Samputu yabuze umuryango muri jenoside yakorewe Abatutsi bimutera ihungabana rikomeye bituma atangira kwiyahuza ibiyobyabwenge , yifuza no kwihorera ariko bizakurangira Imana umukoresheje. Kubabarira , kwiyunga n’ abamwiciye ndetse no kwigisha abatuye Isi niwo muhamagaro wa Jean Paul Samputu umaze imyaka agenda mu mahanga akangurira abantu kuyoboka umuco wo kubabarira abona nk’ umuti […]

Mu myaka itanu, abantu nka P-Square, Birdman bazamenya- Mc Tino

Umuhanzi akaba n’umushyushyarugamba ubivanga n’akazi k’itangazamakuru, MC Tino, wamenyekaniye mu itsinda rya TBB (Tino,Bob and Benja) aratangaza ko mu bintu arwaye harimo kuzarindwa n’abagabo b’ibigango (Bouncers) ndetse no kuba na we yazajya yuzuza abafana muri parking ya Sitade amahoro yakoze igitaramo. Nk’uko bigaragara muri video [urayibona hasi] ikindi uyu musore avuga yifuza, ni ukuba yazakirwa […]

Leta ya Uganda ikomeje gushinja iterabwoba Abanyarwanda yataye muri yombi

Nyuma yaho Leta y’ u Rwanda yanditse isaba ibisobanuro iya Uganda ku ifungwa rya hato na hato ry’ abaturage bayo mu buryo budasobanutse, Leta ya Uganda yemeje ko igiye kugira icyo ibikoraho. Mu mpera z’ umwaka wa 2017, Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda nibwo yasabye Uganda gutanga ibisobanuro ku banyarwanda batabwa muri […]

Uganda : Urukiko rwanze kurekura by’agateganyo ushinjwa gushimuta Lt.Joel Mutabazi

Urukiko rw’ Ikirenga muri Uganda rwanze kurekura by’ agateganyo , Joel Aguma wahoze ari mu bayobozi bakuru ba polisi ya Uganda unashinjwa kugira uruhare rukomeye mu gushimuta Lt. Joel Mutabazi wahoze ari mu basirikare barinda Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame. Uru rukiko rw’ ikirenga rwanze kwakira iki cyifuzo cya Joel Aguma nyuma yaho abunganizi […]

Miss Sandra Teta yasangije abakunzi be ifoto igaragaza imiterere y'umubiri we- AMAFOTO

Umunyamideli Miss Sandra Teta, abunyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yifurije abakunzi be umwaka mushya muhire wa 2018, abasangiza ku mafoto. Yagize ati “twishimiye umwaka wa 2018, umwaka w’ibyiza gusa, iruhuka ridashira kuri 2017, umwaka w’ibizazane kuri njye, buri umwe wese mwifurije umwaka mushya muhire”. Umwaka wa 2017, Miss Teta yarafunzwe aza gufungurwa amaze amezi […]

2018: Perezida Nkurunziza agiye guha imbabazi imfungwa 2000

Mu ijambo yagejeje ku baturage b’u Burundi ryo gusoza umwaka no gutangira uwa 2018, Perezida Nkurunziza yavuze ko atanze imbabazi ku mfungwa 2000 zari zarakatiwe n’inkiko. Umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza, yavuze ko izi mbabazi zitazagera kuri buri mfungwa yose, ahubwo zizibanda cyane ku bakatiwe igifungo kitarengeje imyaka itanu. Abarebwa n’izi mbabazi kandi harimo abagore bonsa, […]

Umunyamideli Gaà«lle Garcia Diaz yikujeho umusatsi bamwe bamwita umurwayi wo mu mutwe

Umubiligikazi uzwi nka Gaà«lle Garcia Diaz yikujeho umusatsi wose ku mutwe awumaraho, abatari bacye bahora bakurikira iki cyamamare ku mbuga nkoranyambaga bahise bavuga menshi. Hamaze gutangazwa ko Gaà«lle Garcia Diaz yiyogosheje umusatsi we wose ndetse bakanabibona mu mashusho ku bushake bwa nyir’ ubwite, abatari bacye bavuze ko ashobora kuba yarwaye cyangwa se kimwe yasaze. Gaà«lle […]

Rubavu: Abahinzi bahangayikishijwe n’icyonnyi bita ‘Igishorobwa’ cyumisha icyayi

Imirima y’icyayi gihingwa mu murenge wa Nyundo na Nyamyumba mu karere ka Rubavu, mu Gishanga cya Nyamugari , yibasiwe n’ibishorobwa bimaze kwangiza hafi hegitari eshatu mu gihe gito. Nkuko bivugwa na Bisakumba Augustin, Perezida wa Koperative y’abahinzi b’icyayi ba Pfunda, yavuze ko ibi bishorobwa batangiye kubitahura mu minsi mike ishize aho byibasira igiti cy’icyayi amababi […]

Namibia nayo yiyongeye mu bazakina n'amavubi mu rwego rwo kwitegura neza CHAN 2018

Ikipe y’igihugu “Amavubi” ari mu gihugu cya Tunisia mu rwego rwo kwitegura amarushanwa ya CHAN 2018 mu gihe kingana n’iminsi 10, nyuma yaho bakerekeza mu gihugu cya Maroc ari naho iri rushanwa riteganyijwe kubera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2018, nibwo ikipe y’igihugu Amavubi y’u Rwanda yatangiye imyitozo mu mujyi wa Sousse […]

Burundi : Agathon Rwasa yambuwe abarinzi b’abasirikare yanga ab’abapolisi

Visi Perezida Perezida w’ Umutwe w’ abadepite mu Burundi, Agathon Rwasa, ahangayikishijwe n’ icyemezo cyafashwe na Minisitiri y’ Ingabo cyo kumuhindurira abarinzi, akamburwa abasirikare agahabwa abapolisi. Hon. Agathon Rwasa yari yategujwe ko abasirikare zishinzwe kumurinda bagomba guhindurwa bitarenze ku wa 27 Ukuboza 2017 kuko aba basirikare bose bari bamaze guhabwa inyandiko zigaragaza aho bazimurirwa. Uyu […]

Umwana w’imyaka 9 yarumwe n’inzoka ya metero 2 ahita apfa adatatse-AMAFOTO

Prapawee Prawat, Umukobwa w’imyaka 9 y’amavuko wo mu gihugu cya Tailand yarumwe n’inzoka ya metero abyiri, ahita apfa. Mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 2 Mutarama 2018, ahagana saa moya n’igice z’ijoro (19:30) nibwo uyu mwana w’umukobwa wari uryamye yarumwe n’inzoka yo mu bwoko bwa Cobra. Ikinyamakuru Bangkokpost, bwiza.com ikesha iyi nkuru, gitangaza […]

DRC : Kiliziya Gatolika yamaganye ubwicanyi ingabo za Joseph Kabila zakoreye abayoboke bayo

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika muri Congo-Kinshasa, Mgr Monsengwo Pasinya yamaganye Leta ya Perezida Joseph Kabila ku bwicanyi avuga ko iherutse gukorera abalayiki ubwo bigaragambyaga bamwamagana, bamusaba kuva ku butegetsi. Mu izina ry’ akanama gakuru k’ abasaseridoti bo muri Congo-Kinshasa, Mgr. Monsengwo yasobanuye ko Kiliziya izakomeza guharanira amahoro n’ uburenganzira bw’ abayoboke bayo ndetse aniyama […]

2018 : Perezida Kagame ku buyobozi bw’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(UA)

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame yatangiye imirimo ye yo kuba Perezida w’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(UA) kuva ku itariki ya 1 Mutarama 2018. Kuva muri Nyakanga 2016, ubwo i Kigali haberaga inama rusange ya UA, Paul Kagame yagiye agaragaza uruhare runini mu kuvugurura imikorere y’ uyu muryango ariko by’ umwihariko yibanda ku micungire […]

Perezida Museveni yahawe ubuhangange n’ ibihugu bikomeye birimo na Amerika

Iyi Ntero ivuga ko ibihugu by’ ibihangange ari byo biha ingufu Yoweri Museveni yashimangiwe na Helen Epstein mu nyandiko yise “Les Etats-Unis, l’Ouganda et la lutte contre le terrorisme” yerekana uburyo Yoweri Museveni afatawa nk’ umunyeshuri mwiza wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo kurwanya iterabwoba. Umushakashatsi akaba n’ umunyamakuru , Helen Epstein […]

Itandukaniro riri hagati y'abagore bafite ikibuno kinini n'abafite igito mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Mu nzira, mu tubari, mu kazi, mu mihanda n’ahandi hantu hensi hakunda guhurira abantu benshi, baba bahuje umubambi cyangwa batawuhuje usanga hari byinshi bagenda bagarukaho cyane cyane amafaranga,ubuzima,politike,ubukungu,… gusa ntibanashobora kwirengagiza urukundo, urukundo rero rujyana n’impaka nyinshi bamwe bahita bitsa kubijyanye n’ubuzima bw’imyororokere ndetse yewe ntibasiga n’ibijyanye no gutera akabariro, iyo bigeze kuri iyi ngingo […]