Amakosa abagore badakwiye gukora mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Niba warashinze urugo ufite umugore cyangwa umugabo uzi agaciro ko gutera akabaririro hagati y’umugore n’umugabo, uzi neza ko umuntu wese uri muri iki gikorwa hari ibintu bimwe by’ingenzi bizira kuba byakora iki gikorwa kitararangira mbese bizira mu gihe igikorwa gikomeje, icyamber cyo kwitaho ni: 1.Kwitaba telephone Ni ukuri ibi biba bibaje,ni gute ushobora kwitaba telephone […]

Ruhango: Ingengo y’imari idahagije, inzitizi mu kwesa imihigo yahizwe- Meya Mbabazi

Imwe mu mihigo y’akarere ka Ruhango yiganjemo iy’iterambere n’ubukungu iracyafite inzitizi zo kweswa kuko ubu ikiri ku kigero cya 5%, muri iyo mihigo harimo nk’uwo kubaka umuhanda ungana na 3km wa Kaburimbo uva mu mujyi wa Ruhango werekeza ahitwa kwa Yezu Nyirimpuhwe, Poste de Sant Ă© y’ahitwa Vunga, amatara rusange yo ku mihanda, kubakira abacitse […]

REBA VIDEO: Uko abagore babyibushye baca imyeyo (Gukuna)

Uyu mugore usanzwe ari n’umuvuzi ukoresha imiti ya gakondo, avuga ko ku bagore babyibushye bitoroshye kwihina ngo babashe gukuna cyangwa guca imyeyo. Agira ati “Iyo umuntu afite ibiro byinshi atabasha kwihina mbere na mbere tubanza kumuha imiti yo kubigabanya, twarangiza tukabimukorera(gukuna) ku munsi ya mbere, uwa kabiri,
.. ku munsi wa gatatu biba byatangiye kuza akabyikorera […]

FDLR: Col Nizeyimana Evariste yahambaga abantu ari bazima

Col Evariste Nzeyimana wari umuyobozi mu nyeshyamba za FDLR yafashwe mu mpera z’umwaka ushize ubu akaba afungiye muri gereza y’i Goma ari naho akurikiranwe n’ubutabera. Nk’uko bitangazwa na radiyo Okapi, Col Nizeyimana Evariste uzwi ku izina rya Kazungu, kubera ibyaha ashinjwa abaturage bamuhimbye izina rya ‘Ruhambabazima’. Abaturage bavuga ko ibikorwa bya kinyamaswa yakoze ari byinshi, […]

2018: Nyampinga w'u Bubiligi yishongoye ku bavuga ko akomoka muri Philippines

Angeline Flor Pua, umukobwa w’imyaka 22 y’amavuko, wahize abandi bakobwa, akambirwa ikamba rya Nyampinga w’u Bubiligi 2018, yikomye abavuga ko yambitswe ikamba ry’igihugu adakomokamo. Amakuru yakomeje kuvugwa, ni uko Angeline Flor Pua yaba afite inkomoko muri Philippines, gusa we ibi akaba yabifashe nk’igikorwa cy’irondaruhu bamukoreye. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagramm, yagize ati “ Navukiye […]

Uganda: IGP Kale Kayihura ashobora kwisanga mu rukiko yiregura ku gukoresha umwanya we nabi

Ibiro by’Ubugenzuzi Bukuru bwa Guverinoma (IGG) muri Uganda bwashyize mu majwi muri raporo yabyo umukuru w’igipolisi n’abandi bapolisi bakuru mu byaha bya ruswa, gukoresha inyandiko mpimbano, gukoresha nabi umutungo wa leta no gukoresha imyanya yabo mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Mu 2015 akaba ari bwo perezida Museveni yasabye IGG kuyobora iperereza ku gipolisi nyuma y’uko yari […]

REBA VIDEO: Menya urugero rwiza wagezaho ukuna (Guca imyeyo), uko bikorwa n’ibice by’igitsina cy’umukobwa bikorerwaho

Umugore uzwi ku izina rya Tentine, afasha abagore n’abakobwa mu gikorwa cya Kinyarwanda wo guca imyeyo, avuga ko ari iby’ingenzi kuko uwabikoze ashimisha umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Uyu mugore usanzwe anafasha abakobwa cyangwa se abagore ‘gukuna’ cyangwa se ‘guca imyeyo’; ‘kujya mu rubohero’ avuga y’uko iyo umukobwa akuna, biba byiza iyo akuruye imishino ikaringanira […]

Bull Dog na P Fla basabye ko bimwe mu bihangano byabo byahagarikwa gucurangwa

Abahanzi babiri baba raperi bakunzwe hano mu Rwanda Bull Dog na P Fla baherutse gusaba ko itangazamakuru ryahagarika bimwe mu bihangano byabo mu rwego rwo guhamya ubumwe aba bombi bafitanye nyuma yo gushyamirana bakandagazanya mu ndirimbo. Ibi bije nyuma yaho umubano wa P Fla na Bull Dog utari wifashe neza mu myaka yashije aho bahoraga […]

Ruhango: Amwe mu madosiye yatangiweho amasoko yaribwe

Amakuru aturuka mu Karere ka Ruhango, aravuga ko hari amwe mu madosiye y’amasoko yatanzwe kuva mu mwaka wa 2009 ,kugeza mu wa 2015, ubu yaburiwe irengero, bivugwa ko ayo madosiye yaba yaribwe ariko akuwe mu dusanduku turi mu bubiko bw’akarere (archives) ubusanzwe yabikwagamo. Umwe mu bakozi bakora mu karere utarashatse ko amazina ye atangazwa, aganira […]

Zimwe mu ngeso zishobora gutuma umukobwa abura umugabo burundu

Igihe cy’ubwangavu niho umukobwa ategurira ejo hazaza he igihe yitwaye nabi akiri umwangavu bishobora kuzagira ingaruka mbi zikazamukurikirana no mu gihe cy’ubukuru bwe igihe cyo gushinga urugo ugasanga bamwe muribo baragumiwe. Kubenga cyane abasore : umukobwa ukunda kubenga cyane ku buryo nta musore n’umwe ajya yemera ko bagirana urukundo rurambye,cyangwa ugasanga agira agasuzuguro nta muhungu […]

Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane

Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bw’ impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse n’ ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu. Ni muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura n’ inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nk’ uko babitangiye. Mazimpaka Rafiki : Uko […]

Yakatiwe imyaka 190 y’igifungo nyuma yo gusambanya abana basaga 40 azi ko afite ubwandu bwa Sida

Abaturage muri Leta ya Maryland batewe uburakari no kumva umukozi mu kigo cy’ishuri yemera ko yakoranye imibonano mpuzabitsina n’abana b’abanyeshuri basaga 40 nta gakingirizo bakoresheje kandi azi ko afite ubwandu bwa sida. Igipolisi cyo muri Maryland kikaba kivuga ko cyataye muri yombi Carlos Deangelo Bell w’imyaka 30 nyuma yo gushinjwa gusambanya abanyeshuri basaga 40. yashinjijwe […]

Umuturage w’Umunyarwanda yiciwe n’abasirikare b’u Burundi ku mupaka

Umuturage w’Umunyarwanda aherutse kuraswa n’abashinzwe umutekano mu Burundi arasiwe ku mupaka w’u Rwanda n’u Burundi mu Ntara ya Cibitoke, muri Zone Ruhororo, ya Komini Mabayi. Amakuru aturuka muri iyi komini akaba avuga ko uwo Munyarwanda yaba yararashwe mu mpera z’icyumweru gishize n’abasirikare b’u Burundi bari mu irondo, bakamubona yambutse umupaka agerageza kwinjira mu Burundi. Ayo […]

Uganda: Abantu 45 barimo Abanyarwanda 36 bashinjwa iterabwoba bagumijwe muri gereza

Abantu 45, mu gihugu cya Uganda, barimo Abanyarwanda 36, Abagande 7 n’Abarundi 2 bashinjwa ibyaha by’iterabwoba bagumijwe muri Gereza Nkuru ya Mbarara (Kyamugorani) kugeza kuwa 05 gashyantare 2018 ubwo bazagaruka imbere y’urukiko. Aba bantu bashinjwa ibyaha birimo iterabwoba batawe muri yombi kuwa 11 Ukuboza 2017 bafatiwe ku mupaka wa Uganda na Tanzania uri ahitwa Kikagati, […]

Musenyeri Rwubusisi wahoze uyobora Diocese ya Cyangungu yasubije perezida Museveni

Uwahoze ari Musenyeri mukuru wa Diocese y’Abangilikani ya Cyangugu, Geoffrey Rwubusisi, yasabye abayobozi ba Uganda gushakira abanzi babo ahandi hatari muri kiliziya. Musenyeri (Emeritus) Rwubusisi akaba avuga ko bazi agaciro ka leta kandi na bo bafite uruhare runini bagomba kugira mu cyerekezo cya politiki y’igihugu. Ngo abayobozi mu bijyanye n’iyobokamana bakaba atari bo bagomba kwicara […]

Amazina 3 y’Abagande bakomeye akomeje kugaruka cyane mu kibazo cy’Abanyarwanda batabwa muri yombi muri Uganda

Nyuma y’inkuru nyinshi zacicikanye ku bijyanye n’itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda rikorwa n’abashinzwe iperereza muri Uganda(CMI) babashinja kuba abatasi b’u Rwanda, hari abantu bakomeye muri iki gihugu batahwemye kuvugwa cyane muri iki kibazo kugeza magingo aya. Muri aba bayobozi harimo umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza rya gisirikare(CMI),Brig. Gen.Abel Kandiho. Uyu mugabo yagiye avugwa kenshi mu bitangazamakuru by’umwihariko […]

Abakinnyi 10 ba NBA bigaragaje kurusha abandi mu myaka ya 2000

Ishyirahamwe ry’igihugu ry’umukino wa basketball (NBA)muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryagiye rigaragaramo abakinnyi b’ibihangange uko imyaka igenda ihita, barimo Magic Johnson na Larry Bird mu myaka ya za 80, na ba Micheal Jordan mu myaka ya za 90. Nyamara ariko, mu ntangiriro z’ikinyejana cya 21 Jordan yaje gusa nk’uvuye muri uyu mukino aza kugaruka […]

USA: Yiyangije isura akoresheje acid abeshyera baringa y’umwiraburakazi

Umugore witwa Lizzie Dunn w’ahitwa Staten Island muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse kubwira igipolisi ko umugore w’umwirabura w’umusabirizi yamumennye acid mu maso nyuma yo kubura ikintu amuha. Iperereza ariko ryaje gusanga abeshya ari we wiyangije isura ku mpamvu zitamenyekanye. Lizzie akaba yaravuze ko ari umugore wirabura uri mu myaka 40 wamusutse acid mu […]

Nta kintu kibi ntakora kugira ngo namamare-Marina

Umuhanzikazi umaze kumvikana cyane mu matwi y’abanyarwanda bitewe n’ijwi rye ndetse n’ukuntu akunze kwitwara kurubyiniro Marina yatangaje ko ntakintu kibi cyangwa kiza atakora kugirango yamamare (akamenyekana). Ni mu kiganiro na Sunday night cyatambutse kuri iki cyumweru tariki 14 Mutarama 2018 agatangaza ko yakora igikorwa icyo aricyo cyose kibi cg kiza ariko akamenyekana, ibintu atanatinya kugenda […]

RDC: Umuyobozi w’inyeshyamba yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rwa gisirikare mu burasirazuba bwa Congo rwakatiye igihano cy’urupfu umuyobozi w’inyeshyamba mu gihe abo bareganwaga bakatiwe hagati y’imyaka 3 na 15 y’igifungo. Uyu witwa Guylain Mumbere Kitambala, wari umuyobozi wa Mai-Mai yashinjijwe gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko no kugira uruhare mu bikorwa byo guhungabanya umutekano w’igihugu, akatirwa igihano cy’urupfu. Iki gihano akaba yaragihawe […]

Bimwe mu biribwa usabwa kugendera kure mu gihe witegura gutera akabariro

Mu gihe ufite igitekerezo cyo kuza gutera abariro hari bimwe mubiribwa uba usabwa kugendera kure kuko biri mubyatuma igikorwa kitagenda neza uko bikwiye kandi bizwi neza ko imibonanano ikozwe neza ari imwe mu nkingi ikomeye yo gukomeza urugo Iyo itagenze neza rero usanga akenshi hari ibibazo byuririra kuriyo ngingo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibyo usabwa kwirinda […]

Janet Museveni ntiyemera ko u Rwanda rurusha Uganda abagore benshi mu buyobozi

Umufasha wa perezida wa Uganda, Janet Museveni aremeza ko raporo mpuzamahanga zivuga ku bagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda atari yo kuko we afite imibare ye. Mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru Forbes mu Ukuboza umwaka ushize, Janet Museveni, yabaye nk’uhatwa ibibazo ku kiri gukorwa mu kuzamura uruhare rw’umugore muri sosiyete y’abagande, aho uwamubazaga yamuhaye […]

Hamenyekanye ko inzu bivugwa ko Diamond yaguze miliyari y’amashilingi ayikodesha

Nyuma y’aho umukomisiyoneri wa mbere atangarije ko umuhanzi Diamond Platnumz yaguze inzu nshya yamutwaye akayabo ka miliyari, habonetse undi uvuguruza ibi avuga ko iyi nzu Atari iya Diamond ahubwo ayikodesha. Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuru yavugaga ko umuhanzi Diamond Platnumz akomeje gutangarirwa kubera uko akomejeho kwigwizaho imitungo yiganjemo amazu byavugwaga ko iturutse mu maboko […]

FARDC iratangaza ko ari yonyine mu rugamba rugamije kurandura burundu ADF

Gen. LĂ©on Kasonga, umuvugizi w’igisirikare cya Congo (FARDC) aremeza ko ibikorwa byatangijwe n’igisirikare cya leta bigamije guhiga abarwanyi ba ADF n’indi mitwe yitwaje ibirwanisho muri Beni na Lubero bari kubikora bonyine nta bufasha bw’igisirikare cya Uganda. “Ndabamenyesha ko dukora ibikorwa mu buryo bwubahiriza ubusugire bw’igihugu, iwacu muri Congo, twenyine nka FARDC kubera ko ari zonshingano […]

Mu Bushinwa hasenywe urusengero runini mu cyagaragaye nk’igitero ku bakirisitu – Amafoto

Abayobozi mu majyaruguru y’u Bushinwa basenye urusengero runini rwa gikirisitu mu kintu abaharanira uburenganzira mu by’iyobokamana bafashe nk’uburyo bukoreshwa n’Abatalibani ndetse n’igitero ku bakirisitu. Biravugwa ko abayobozi ba gikomunisiti b’u Bushinwa batemera Imana bafite impungenge za muvoma zishobora kuvuka hanze y’aho bashobora kugenzura harimo no mu bijyanye n’iyobokamana. Ni muri urwo rwego hasenywe urusengero runini […]

Rubavu: Hatejwe cyamunara inyuranije n'umwanzuro w'urukiko

Urukiko rwemeje ko Koperative ifitiye Banki umwenda wa Miliyoni 10 Banki yatanze miliyoni 16, ariko yishyuza miliyoni 39 Banki na Koperative baburanye ku ngano nyakuri y’umwenda kuko byarimo impaka Igipangu gifite agaciro ka miliyoni 20 cyaguzwe miliyoni umunani Umuryango wa Ntiyamira Aloys uratabaza inzego zinyuranye nyuma y’uko uterejwe umutungo urimo inzu yatanzweho ingwate na Koperative […]

Ni gute umuntu yagira intego nyayo?- Pst. Jimmy Muyango

Ni kenshi abantu bavuga ko bakeneye kugira intego ariko ibyo ntibihagije kuko usanga benshi bafite intego zinyuranye mu gihe umukristu akeneye gutumbira ibintu nyabyo. Mu nyigisho zatanzwe na Senior, Pastor wa Potter’s Hand Church, Jimmy Muyango yashimangira ko hari intego z’ amoko 3 zikunze kuranga abantu. 1.Abantu benshi babayeho nta ntego: Usanga abantu benshi bafite […]

Umukobwa w’inshuti yanjye ndamutinya, andusha imyaka 10, ayo ahembwa akubye gatatu ayanjye, arifuza ko tubana-NKORE Iki?

Ndi umusore w’imyaka 25,mu myaka ibiri ishize nagize uburwayi butunguranye njyanwa mu bitaro Kubera ko atariho mvuka byaragoranye cyane kunyitaho gusa nafashijwe ahanini n’abasore dukorana nabo bikabagora cyane kuko bagombaga kusimburana kuza kundwaza ndetse banakora akazi. Muri ibyo bihe by’uburwayi bwanjye,umwe mu baganga b’igitsinagore niwe wankurikiranaga umunsi ku wundi gusa akenshi yahageraga mu cyumba nari […]

Perezida Kagame yitezweho gukemura ikibazo cya Sahara y’Iburengerazuba

Mu gihe hashize imyaka igera kuri 40 ikibazo cy’ ubwigenge bwa Sahara y’iburengerazuba (Sahara Occidentali) cyaraburiwe umuti, Loni yizera ko Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame ashobora kugira uruhare rukomeye mu kugikemura dore ko na Maroc yamaze kugaruka muri AU. Ni muri uru rwego, Perezida w’ Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe(AU), Paul Kagame yagiranye ibiganiro […]

Dore pozisiyo yakorohera mu gihe utera akabariro umugore ufite umubyibuho udasanzwe

Igitsinagore gikunze kugaragaraho imihindukire y’umubiri ku buryo budasanzwe nyuma yo gushinga urugo, ugasanga abyibushye bikabije mu gihe gito, ibi usanga abagabo benshi bibabangamira bibaza uko bazajya babyitwaramo mu gihe cyo gutera akabariro. Gusa ibi ntibikwiye kuba ikibazo kuko Bwiza.com yabakusanyirije uburyo bworoshye mwakwifashisha mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina n’umugore ubyibushye bikabije. Uburyo twakwita mpagazi Ni […]

Kayumba wo muri RNC yigambye gukorana n’urwego rw’iperereza rwa gisirikare muri Uganda

Rugema Kayumba wo mu ishyaka rya RNC rirwanya Leta y’ u Rwanda, yigambye ko asanzwe afitanye imikoranire ya hafi n’ abayobozi bakuru b’ urwego rw’ iperereza rya Uganda(CMI). Ibi yabishamangiye akoresheje urubuga rwe nkoranyambaga rwa facebok, Rugema Kayumba yemeje adashidikanya ko azakomeza gukorana bya hafi cyane n’ aba bayobozi ba CMI. Yakomeje agira ati “Ntabwo […]

Dore ibintu by’ibanze byatera umugore wawe kwifuza kuguca inyuma

Umunsi ku munsi wumva mu miryango itandukanye havugwamo gucana inyuma, gusa akenshi byagiye bigaragara ko gucana inyuma biterwa n’ingeso y’umuntu ku giti cye, kimwe n’uko hari igihe biba byatewe n’umwe uba utuzuza inshingano ze mu bashakanye. Reka turebere hamwe bimwe mu bintu byatuma umugore wawe aguca inyuma, nk’uko bwiza.com yabiguteguriye, biteye uku: 1.Kuba umugore atajya […]

Ninshaka gutandukana na Diamond nzabikora ku bw’umutimanama wanjye- Zari Hassan

Zari Hassan akomeje guhatwa ibibazo n’abatari bake abazwa ku mubano we n’umugabo we Diamond, gusa ashimangira ko nashaka gutandukana na we azabikora ku bwe, atazagendera ku byo abantu bavuga. Ibi bibaye mu gihe hashize igihe kitari gito havugwa umwuka mubi hagati yabo (Diamond na Zari), ndetse ko bishobora kubaviramo gutandukana. Aciye ku rukuta rwa Instagram […]

1959-1994: Umukoloni yakoresheje iturufu y’amoko isiga u Rwanda mu kangaratete

Inkomoko y’ ibibazo by’ u Rwanda bifite imizi mu mateka yaruranze kuva igihe abakoloni bifuzaga gutandukanya Abahutu n’ Abatutsi bavugaga ururimi rumwe ndetse basangiye byose, bagamije kubaganisha abo bifuza ku nyungu zabo bwite. Mu ntangiriro , Ababiligi bagerageje gusobanura ko Abatutsi ari bo bari bafite ubwenge, ubushobozi bwo kuyobora ndetse banafite ubwenge kugirango Abahutu bahorane […]

Kanye West yaririmbiye umufana we kuri telefoni ahita apfa

Umuhanzi ukunzwe muri Leta zunze ubumwe za America, Kanye West yaganiriye n’umufana we waburaga amasaha make ngo apfe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyifuzo uwo mufana we yari afite kuva kera. Kanye West uhora mu itangazamakuru bitewe no kuba yarashakanye n’umugore w’icyamamare mu kumurika imideli, Kim Kadashian, yamenyekanye mu ndirimbo zagiye zikundwa harimo nka […]

Nyabihu: Abaturage ntibavuga rumwe n’ubuyobozi ku giciro cy’amazi

Abaturage batuye mu murenge wa Rugera,akagari ka Rurembo ho mu karere ka Nyabihu batangaje ko batemeranywa n’umwanzuro ubuyobozi bwafashe wo kubishyuza amafaranga 8 ku ijerekani imwe y’amazi mu gihe bari basanzwe bishyura neza amafaranga 300 ku kwezi. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com,Umuyobozi w’umudugudu wa Gahama, umwe mu midugudu igize aka kagari ka Rurembo, Jean Bosco […]

Mu nzu nyinshi amaze kugura, iyi ni yo yahenze cyane umuhanzi Diamond Platnumz

Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania akomeje gutangaza abatari bakeya kubera ukuntu amaze kwiyubaka mu gihe kitari kirekire cyane amaze mu muziki ugereranyije na bagenzi be bo muri Tanzania ndetse no mu karere, aho kuri ubu mu nzu nyinshi amaze kugura afite iyamuhenze cyane yamutwaye miliyari y’amashilingi. Nk’uko bitangazwa na komisiyoneri we wagize […]

Rusesabagina akomeje kumvikanisha ko yarokotse jenoside ari na ko ashaka kugoreka amateka

Paul Rusesabagina, wiyita ko ari umutabazi ndetse n’umucikacumu wa jenoside yaraye atangiye ikiganiro mu nama ku burenganzira bwa muntu avugiramo amagambo atakiriwe neza na bamwe mu bitabiriye iki kiganiro mu gihe abandi bamushimagije. Hari ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, itariki 11 Mutarama 2018 ubwo yari mu nama ya Northwestern University Community for Human […]

Namenye ko umusore twari tugiye kubana arwaye SIDA kandi imyiteguro twari tuyigeze kure-NKORE IKI?

Muraho! Mbandikiye iyi nkuru mbabaye mbasaba inkunga y’inama mwe mwese duhurira kuri uru rubuga rwa bwiza.com, mu by’ukuri byandenze. Mu mpera z’umwaka ushize nibwo njye n’umukunzi wanjye twafashe amatariki ndetse tunasohora invitation kuko ubukwe buri ku itariki ya 3 Gashyantare 2018. Ikibazo nagize narangije kumenya ko arwaye SIDA, umuganga wamupimye ndetse yanahaye ruswa niwe wanyibiye […]

USA: Uwitwa Prince akurikiranweho kwica impanga ye bari bahuje byinshi birimo amazina

Umusore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yivuganye impanga ye bari bahuje ibintu byinshi birimo n’izina rya mbere n’irya nyuma. Igipolisi cyo muri Florida cyahamagawe mu rugo ruherereye ku muhanda North Pearl Street muri Jacksonville nyuma yo kubona umurambo w’umuntu wari urambaraye ku muhanda. Umusore w’imyaka 26 akaba yari yishwe arashwe igipolisi gihita gitangira […]

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare n’ abaporisi

Hakurikijwe ububasha ahabwa n’ Itegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo Fred Ibingira wakuwe ku ipeti rya Lieutenant Jenerali akagirwa Jenerali na Jacques Musemakweli wakuwe ku ipeti rya Jenerali Majoro akagirwa Lieutenant Jenerali. Itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Lt Col Munyengango […]

Kapiteni w’amavubi Bakame yatangaje byinshi nyuma yo kunyagirwa 4-1 Na AlgĂ©rie

Mu mikino ine Amavubi yakiniye i Tunisie yitegura imikino ya CHAN 2018 muri Maroc nta numwe babashije gutsinda, nyuma yo kunyagirwa n’ikipe y’igihugu cy’AlgĂ©rie 4-1, abakinyi batandukanye barongojwe imbere na Kapiteni wabo Bakame batangaje ko nubwo bahagaze nabi ndetse bakaba batumvikana neza mu kibuga ngo gusa bafite intego yo kugera ku mukino wa nyuma muri […]

Amerika irasaba Uganda guhamagaza umudipolomate wayo ushinjwa guhohotera umugore we

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahatiye Uganda guhamagaza umujyanama muri ambasade yayo I Washington ushinzwe ibibazo bya politiki n’ubukungu, Dickson Ogwang ku mpamvu z’ihohoterwa ryo mu muryango. Byari biteganyijwe ko Amb. Ogwang azagaruka muri Uganda mur iki cyumweru nk’uko amakuru aturuka mu nzego zo hejuru muri dipolomasi avuga. Abayobozi bavuga ko Igipolisi cya Leta Zunze […]

U Bubiligi bwahagaritse ubufatanye mu iterambere bwari bufitanye na Congo

Visi Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Didier Reynders na Visi Minisitiri w’Intebe akaba na minisitiri w’ubutwererane mu iterambere, Alexander De Croo, bafashe icyemezo cyo guhagarika ubutwererane na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Mutarama ubwo aba bayobozi bagiranaga ibiganiro mu muhezo na Komisiyo […]

Inkunga y'ibyo kurya igenewe impunzi zahungiye mu Rwanda yongeye kugabanuka – Loni

Ibihumbi by’impunzi zahungiye mu Rwanda byugarijwe n’ikibazo cyo kubura ibyo kurya kubera ikibazo cy’ibura ry’inkunga. Impunzi zisaga 100,000 zahungiye mu Rwanda zifite ibibazo byo kuba ibyo kurya zagenerwaga byaragabanyutse bitewe na none no kugabanyuka kw’inkunga zagenerwaga nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane, itariki 11 Mutarama 2018 n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, HCR. Ishami ry’Umuryango […]

Burundi: Ingengo y’ imari igenewe iterambere ry’ iguhugu yagizwe ifunguro ry’ abayobozi

Mu itangazo yageneye abanyamakuru, Perezida w’ Ishyirahamwe Olucome ribarizwa muri sosiyete sivile i Burundi, Gabriel Rufyiri yatangaje ko ubushakashatsi yakoze bwerekana ko ingengo y’ imari ya Leta ikoreshwa ku nyungu bwite z’ abayobozi mu gihe abaturage barushijeho gukena. Rufyiri yikomye Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza avuga ko iherutse gutora itegeko rigenzura uburyo amafaranga akoreshwa ariko […]

Ndi umukobwa w’ imyaka 19, mama asambana mbireba, ndamuhana akankangisha kuzantwika umunwa- NKORE IKI?

Mbandikiye ibi mbabaye kuko mama akomeje kuntera agahinda, aca inyuma data, agasambana n’undi mugabo nzi kandi nareba nkasanga ari ugusuzuguza data, none basomyi n’abayobozi ba bwiza.com nifuzaga ko mwamfasha ku bujyanama. Mfite imyaka 19, ubu nibwo ndangije kwiga segonderi, akenshi nakundaga kubona ababyeyi banjye batongana, amakosa buri gihe nkayashyira kuri papa, ariko ubu maze kubona […]

Umunyarwanda yatorewe umwanya wa visi perezida w’akanama k’uburenganzira bwa muntu ka Loni

Ambasaderi w’u Rwanda mu Busuwisi, Dr Francois Ngarambe, yagizwe visi perezida w’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye kita ku Burenganzira bwa Muntu. Iyi mirimo mishya Ngarambe yashinzwe biteganyijwe ko azayikomatanya no kuba intumwa ihoraho y’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi (WTO) mu Muryango w’Abibumbye ufite icyicaro I Geneve. Kuri uyu wa gatatu I Geneve nibwo Dr Francois Ngarambe yagizwe visi perezida […]

RDC: Umukozi w’urwego rw’ubutasi (ANR) yishwe urw’agashinyaguro muri Kasai

Umwe mu bakozi b’urwego rw’igihugu rw’ubutasi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) yarishwe acibwa umutwe mu ijoro ryo kuwa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu ushize muri Kasai yishwe n’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi. Mu Ntara ya Kasai hakaba ari ahantu hamaze iminsi hibasiwe n’ubugizi bwa nabi bwiganjemo ubwicanyi bwatangiye muri Nzeri 2016 nyuma y’iyicwa ry’uwari […]

Abakiriya ba MTN bararira ayo kwarika banenga serivisi mbi bahabwa

Abakiriya ba MTN bakomeje kurira ayo kwarika bitewe na serivisi mbi badasiba guhabwa na sosiyete y’ itumanano ya MTN yabimburiye izindi mu Rwanda. Mu gihe iyi sosiyete y’ itumanaho ikomeje gutanga serivisi mbi, abafatabuguzi bayo batandukanye batangaza ko bafite ibibazo by’ ingutu bibabangamiye birimo gudahamagarana, internet , n’ ibindi”. Mu kiganiro na Bwiza.com , umwe […]

Zari na Mobeto batangaje ko kubyarana na Diamond byatumye bamamara

Umunyamidelikazi akaba n’umukinnyi w’amafilimi mu gihugu cya Tanzaniya ,Hamisa Mobeto ndetse n’umuherwe kazi Zari, Hassan “The boss lady” batangaje ko kubyarana na Diamond Platnumz ari ikintu cyatumye bamenyekana cyane muri rubanda. Mu kiganiro bagiranye na televiziyo AYO yo mu gihugu cya Tanzaniya, buri umwe yahamije ko kubyarana na Diamond byatumye amenyekana kubera ko uyu mugabo […]

Barore Cleophas ntiyemeranya n’abita itangazamakuru ry’ibindi bihugu iry’ibinyoma

U Rwanda rwakomeje kugaragara ku rutonde rw’ ibihugu bibangamira ubwisanzura bw’ itangazamakuru kuva muri 2006, ubwo Radio Mpuzamahanga y’ u Bufaransa(RFI) yafungwaga. Uru rutonde rwagiye rutegurwa n’ umuryango uharanira ubwisanzure bw’ Itangazamakuru (Agenda de la Presse Libre de l’Ouest) kugeza n’ igihe gahunda ya BBC/Kinyarwanda yafunzwe na Leta y’ u Rwanda iyishinja gukwirakwiza ingengabitekerezo ya […]

Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?

“Muraho nshuti Z’INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa w’imyaka 22 niga muri kaminuza y’u Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa w’umuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse.   Nakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta […]

Hussein Machozi yashyize ahagaragara video y’indirimbo “Sweet Melody” igaragaramo udushya tudasanzwe

Umuhanzi Hussein Machozi urimo kwitwara neza mu gihugu cya Tanzania kuri ubu akaba afite indirimbo igezweho yise ” Sweet Melody “, yashimiye umuhanzi mugenzi we, Alikiba, ku kumushyigikira ashima iki gihangano cye gishya avuga ko birushaho kumutera ingufu. Hussein Machozi ni umuhanzi bivugwa ko afite inkomoko mu Rwanda ndetse mu 2011 akaba yarahakoreye amashusho y’indirimbo […]

Burundi/Muyinga: Imbonerakure enye zishwe zimaze kurasa abantu babiri

Mu Ntara ya Muyinga, mu gace ka Kobero ahitwa ku Nkaka , Isaac Nzeyimana na Sezirahiga bishwe n’ abantu 4 bitwaje intwaro bivugwa ko ari Imbonerakure za CNDD-FDD, ishyaka riri ku butegetsi. Uyu Isaac Nzeyimana yari asanzwe ari umuvunjayi w’ amafaranga na Sezirahiga wari umutwaye kuri moto baguye mu mutego w’ abantu babarasa amasasu menshi […]

Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi

Ni kenshi humvikana abantu bagenda bibaza ku bakobwa b’amasugi (batarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe) bavuga ko kubamenya bigoye cyane ko hari n’abo mubikora ukamwibeshyaho nyamara atari isugi. Mu gushaka kumenya ukuri kw’ibi, bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bintu byakwereka ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi. Ubusanzwe, umukobwa w’isugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina […]