Amakosa abagore badakwiye gukora mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina
Niba warashinze urugo ufite umugore cyangwa umugabo uzi agaciro ko gutera akabaririro hagati yâumugore nâumugabo, uzi neza ko umuntu wese uri muri iki gikorwa hari ibintu bimwe byâingenzi bizira kuba byakora iki gikorwa kitararangira mbese bizira mu gihe igikorwa gikomeje, icyamber cyo kwitaho ni: 1.Kwitaba telephone Ni ukuri ibi biba bibaje,ni gute ushobora kwitaba telephone […]
Ruhango: Ingengo yâimari idahagije, inzitizi mu kwesa imihigo yahizwe- Meya Mbabazi
Imwe mu mihigo yâakarere ka Ruhango yiganjemo iyâiterambere nâubukungu iracyafite inzitizi zo kweswa kuko ubu ikiri ku kigero cya 5%, muri iyo mihigo harimo nkâuwo kubaka umuhanda ungana na 3km wa Kaburimbo uva mu mujyi wa Ruhango werekeza ahitwa kwa Yezu Nyirimpuhwe, Poste de Sant Ă© yâahitwa Vunga, amatara rusange yo ku mihanda, kubakira abacitse […]
REBA VIDEO: Uko abagore babyibushye baca imyeyo (Gukuna)
Uyu mugore usanzwe ari nâumuvuzi ukoresha imiti ya gakondo, avuga ko ku bagore babyibushye bitoroshye kwihina ngo babashe gukuna cyangwa guca imyeyo. Agira ati âIyo umuntu afite ibiro byinshi atabasha kwihina mbere na mbere tubanza kumuha imiti yo kubigabanya, twarangiza tukabimukorera(gukuna) ku munsi ya mbere, uwa kabiri,âŠ.. ku munsi wa gatatu biba byatangiye kuza akabyikorera […]
FDLR: Col Nizeyimana Evariste yahambaga abantu ari bazima
Col Evariste Nzeyimana wari umuyobozi mu nyeshyamba za FDLR yafashwe mu mpera zâumwaka ushize ubu akaba afungiye muri gereza yâi Goma ari naho akurikiranwe nâubutabera. Nkâuko bitangazwa na radiyo Okapi, Col Nizeyimana Evariste uzwi ku izina rya Kazungu, kubera ibyaha ashinjwa abaturage bamuhimbye izina rya âRuhambabazimaâ. Abaturage bavuga ko ibikorwa bya kinyamaswa yakoze ari byinshi, […]
2018: Nyampinga w'u Bubiligi yishongoye ku bavuga ko akomoka muri Philippines
Angeline Flor Pua, umukobwa wâimyaka 22 yâamavuko, wahize abandi bakobwa, akambirwa ikamba rya Nyampinga wâu Bubiligi 2018, yikomye abavuga ko yambitswe ikamba ryâigihugu adakomokamo. Amakuru yakomeje kuvugwa, ni uko Angeline Flor Pua yaba afite inkomoko muri Philippines, gusa we ibi akaba yabifashe nkâigikorwa cyâirondaruhu bamukoreye. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagramm, yagize ati â Navukiye […]
Uganda: IGP Kale Kayihura ashobora kwisanga mu rukiko yiregura ku gukoresha umwanya we nabi
Ibiro byâUbugenzuzi Bukuru bwa Guverinoma (IGG) muri Uganda bwashyize mu majwi muri raporo yabyo umukuru wâigipolisi nâabandi bapolisi bakuru mu byaha bya ruswa, gukoresha inyandiko mpimbano, gukoresha nabi umutungo wa leta no gukoresha imyanya yabo mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Mu 2015 akaba ari bwo perezida Museveni yasabye IGG kuyobora iperereza ku gipolisi nyuma yâuko yari […]
REBA VIDEO: Menya urugero rwiza wagezaho ukuna (Guca imyeyo), uko bikorwa nâibice byâigitsina cyâumukobwa bikorerwaho
Umugore uzwi ku izina rya Tentine, afasha abagore nâabakobwa mu gikorwa cya Kinyarwanda wo guca imyeyo, avuga ko ari ibyâingenzi kuko uwabikoze ashimisha umugabo mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina. Uyu mugore usanzwe anafasha abakobwa cyangwa se abagore âgukunaâ cyangwa se âguca imyeyoâ; âkujya mu ruboheroâ avuga yâuko iyo umukobwa akuna, biba byiza iyo akuruye imishino ikaringanira […]
Bull Dog na P Fla basabye ko bimwe mu bihangano byabo byahagarikwa gucurangwa
Abahanzi babiri baba raperi bakunzwe hano mu Rwanda Bull Dog na P Fla baherutse gusaba ko itangazamakuru ryahagarika bimwe mu bihangano byabo mu rwego rwo guhamya ubumwe aba bombi bafitanye nyuma yo gushyamirana bakandagazanya mu ndirimbo. Ibi bije nyuma yaho umubano wa P Fla na Bull Dog utari wifashe neza mu myaka yashije aho bahoraga […]
Ruhango: Amwe mu madosiye yatangiweho amasoko yaribwe
Amakuru aturuka mu Karere ka Ruhango, aravuga ko hari amwe mu madosiye y’amasoko yatanzwe kuva mu mwaka wa 2009 ,kugeza mu wa 2015, ubu yaburiwe irengero, bivugwa ko ayo madosiye yaba yaribwe ariko akuwe mu dusanduku turi mu bubiko bw’akarere (archives) ubusanzwe yabikwagamo. Umwe mu bakozi bakora mu karere utarashatse ko amazina ye atangazwa, aganira […]
Huye: Abaturage barataka umutekano mucye baterwa n â udutsiko twâ abagizi ba nabi barimo nâabagore
Mu ijoro ryo kuwa mbere tariki ya 15 Mutarama 2017, abagizi ba nabi baraye bateye mu Kagali ka Cyimana mu Murenge wa Tumba batema abantu barimo abatewe nâ abatabaye. Sibwo bwa mbere kuko mu Karere ka Huye , Imirenge ya Tumba na Gishamvu hamaze imyaka igera kuri 5 havugwa udutsiko twâ abantu bihaye intego zo […]
Zimwe mu ngeso zishobora gutuma umukobwa abura umugabo burundu
Igihe cy’ubwangavu niho umukobwa ategurira ejo hazaza he igihe yitwaye nabi akiri umwangavu bishobora kuzagira ingaruka mbi zikazamukurikirana no mu gihe cy’ubukuru bwe igihe cyo gushinga urugo ugasanga bamwe muribo baragumiwe. Kubenga cyane abasore : umukobwa ukunda kubenga cyane ku buryo nta musore nâumwe ajya yemera ko bagirana urukundo rurambye,cyangwa ugasanga agira agasuzuguro nta muhungu […]
Bamwe mu bahanzi nyarwanda bagacishijeho batakivugwa cyane
Mu gihe abantu batandukanye biyita abahanzi ku bwâ impamvu zinyuranye mu Rwanda birakomeye kugirango tumenye gutandukanya ababikora babishoboye ndetse nâ ababikora bagamije kwimenyekanisha cyangwa gushakisha indamu. Ni muri urwo rwego harimo abantu binjira mu buhanzi bamara kubona amafaranga bakabireka abandi bakawinjiramo bahura nâ inzitizi ntibashobore kwihangana ahubwo bakabihagarika nkâ uko babitangiye. Mazimpaka Rafiki : Uko […]
Yakatiwe imyaka 190 yâigifungo nyuma yo gusambanya abana basaga 40 azi ko afite ubwandu bwa Sida
Abaturage muri Leta ya Maryland batewe uburakari no kumva umukozi mu kigo cyâishuri yemera ko yakoranye imibonano mpuzabitsina nâabana bâabanyeshuri basaga 40 nta gakingirizo bakoresheje kandi azi ko afite ubwandu bwa sida. Igipolisi cyo muri Maryland kikaba kivuga ko cyataye muri yombi Carlos Deangelo Bell wâimyaka 30 nyuma yo gushinjwa gusambanya abanyeshuri basaga 40. yashinjijwe […]
Umuturage wâUmunyarwanda yiciwe nâabasirikare bâu Burundi ku mupaka
Umuturage wâUmunyarwanda aherutse kuraswa nâabashinzwe umutekano mu Burundi arasiwe ku mupaka wâu Rwanda nâu Burundi mu Ntara ya Cibitoke, muri Zone Ruhororo, ya Komini Mabayi. Amakuru aturuka muri iyi komini akaba avuga ko uwo Munyarwanda yaba yararashwe mu mpera zâicyumweru gishize nâabasirikare bâu Burundi bari mu irondo, bakamubona yambutse umupaka agerageza kwinjira mu Burundi. Ayo […]
Uganda: Abantu 45 barimo Abanyarwanda 36 bashinjwa iterabwoba bagumijwe muri gereza
Abantu 45, mu gihugu cya Uganda, barimo Abanyarwanda 36, Abagande 7 nâAbarundi 2 bashinjwa ibyaha byâiterabwoba bagumijwe muri Gereza Nkuru ya Mbarara (Kyamugorani) kugeza kuwa 05 gashyantare 2018 ubwo bazagaruka imbere yâurukiko. Aba bantu bashinjwa ibyaha birimo iterabwoba batawe muri yombi kuwa 11 Ukuboza 2017 bafatiwe ku mupaka wa Uganda na Tanzania uri ahitwa Kikagati, […]
Musenyeri Rwubusisi wahoze uyobora Diocese ya Cyangungu yasubije perezida Museveni
Uwahoze ari Musenyeri mukuru wa Diocese yâAbangilikani ya Cyangugu, Geoffrey Rwubusisi, yasabye abayobozi ba Uganda gushakira abanzi babo ahandi hatari muri kiliziya. Musenyeri (Emeritus) Rwubusisi akaba avuga ko bazi agaciro ka leta kandi na bo bafite uruhare runini bagomba kugira mu cyerekezo cya politiki yâigihugu. Ngo abayobozi mu bijyanye nâiyobokamana bakaba atari bo bagomba kwicara […]
Amazina 3 yâAbagande bakomeye akomeje kugaruka cyane mu kibazo cyâAbanyarwanda batabwa muri yombi muri Uganda
Nyuma yâinkuru nyinshi zacicikanye ku bijyanye nâitabwa muri yombi ryâAbanyarwanda rikorwa nâabashinzwe iperereza muri Uganda(CMI) babashinja kuba abatasi bâu Rwanda, hari abantu bakomeye muri iki gihugu batahwemye kuvugwa cyane muri iki kibazo kugeza magingo aya. Muri aba bayobozi harimo umuyobozi wâurwego rushinzwe iperereza rya gisirikare(CMI),Brig. Gen.Abel Kandiho. Uyu mugabo yagiye avugwa kenshi mu bitangazamakuru byâumwihariko […]
Abakinnyi 10 ba NBA bigaragaje kurusha abandi mu myaka ya 2000
Ishyirahamwe ryâigihugu ryâumukino wa basketball (NBA)muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryagiye rigaragaramo abakinnyi bâibihangange uko imyaka igenda ihita, barimo Magic Johnson na Larry Bird mu myaka ya za 80, na ba Micheal Jordan mu myaka ya za 90. Nyamara ariko, mu ntangiriro zâikinyejana cya 21 Jordan yaje gusa nkâuvuye muri uyu mukino aza kugaruka […]
USA: Yiyangije isura akoresheje acid abeshyera baringa yâumwiraburakazi
Umugore witwa Lizzie Dunn wâahitwa Staten Island muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aherutse kubwira igipolisi ko umugore wâumwirabura wâumusabirizi yamumennye acid mu maso nyuma yo kubura ikintu amuha. Iperereza ariko ryaje gusanga abeshya ari we wiyangije isura ku mpamvu zitamenyekanye. Lizzie akaba yaravuze ko ari umugore wirabura uri mu myaka 40 wamusutse acid mu […]
Nta kintu kibi ntakora kugira ngo namamare-Marina
Umuhanzikazi umaze kumvikana cyane mu matwi yâabanyarwanda bitewe nâijwi rye ndetse nâukuntu akunze kwitwara kurubyiniro Marina yatangaje ko ntakintu kibi cyangwa kiza atakora kugirango yamamare (akamenyekana). Ni mu kiganiro na Sunday night cyatambutse kuri iki cyumweru tariki 14 Mutarama 2018 agatangaza ko yakora igikorwa icyo aricyo cyose kibi cg kiza ariko akamenyekana, ibintu atanatinya kugenda […]
RDC: Umuyobozi wâinyeshyamba yakatiwe igihano cyâurupfu
Urukiko rwa gisirikare mu burasirazuba bwa Congo rwakatiye igihano cyâurupfu umuyobozi wâinyeshyamba mu gihe abo bareganwaga bakatiwe hagati yâimyaka 3 na 15 yâigifungo. Uyu witwa Guylain Mumbere Kitambala, wari umuyobozi wa Mai-Mai yashinjijwe gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije nâamategeko no kugira uruhare mu bikorwa byo guhungabanya umutekano wâigihugu, akatirwa igihano cyâurupfu. Iki gihano akaba yaragihawe […]
Bimwe mu biribwa usabwa kugendera kure mu gihe witegura gutera akabariro
Mu gihe ufite igitekerezo cyo kuza gutera abariro hari bimwe mubiribwa uba usabwa kugendera kure kuko biri mubyatuma igikorwa kitagenda neza uko bikwiye kandi bizwi neza ko imibonanano ikozwe neza ari imwe mu nkingi ikomeye yo gukomeza urugo Iyo itagenze neza rero usanga akenshi hari ibibazo byuririra kuriyo ngingo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore ibyo usabwa kwirinda […]
Janet Museveni ntiyemera ko u Rwanda rurusha Uganda abagore benshi mu buyobozi
Umufasha wa perezida wa Uganda, Janet Museveni aremeza ko raporo mpuzamahanga zivuga ku bagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko yâu Rwanda atari yo kuko we afite imibare ye. Mu kiganiro yagiranye nâIkinyamakuru Forbes mu Ukuboza umwaka ushize, Janet Museveni, yabaye nkâuhatwa ibibazo ku kiri gukorwa mu kuzamura uruhare rwâumugore muri sosiyete yâabagande, aho uwamubazaga yamuhaye […]
Hamenyekanye ko inzu bivugwa ko Diamond yaguze miliyari yâamashilingi ayikodesha
Nyuma yâaho umukomisiyoneri wa mbere atangarije ko umuhanzi Diamond Platnumz yaguze inzu nshya yamutwaye akayabo ka miliyari, habonetse undi uvuguruza ibi avuga ko iyi nzu Atari iya Diamond ahubwo ayikodesha. Mu minsi ishize nibwo twabagejejeho inkuru yavugaga ko umuhanzi Diamond Platnumz akomeje gutangarirwa kubera uko akomejeho kwigwizaho imitungo yiganjemo amazu byavugwaga ko iturutse mu maboko […]
FARDC iratangaza ko ari yonyine mu rugamba rugamije kurandura burundu ADF
Gen. LĂ©on Kasonga, umuvugizi wâigisirikare cya Congo (FARDC) aremeza ko ibikorwa byatangijwe nâigisirikare cya leta bigamije guhiga abarwanyi ba ADF nâindi mitwe yitwaje ibirwanisho muri Beni na Lubero bari kubikora bonyine nta bufasha bwâigisirikare cya Uganda. âNdabamenyesha ko dukora ibikorwa mu buryo bwubahiriza ubusugire bwâigihugu, iwacu muri Congo, twenyine nka FARDC kubera ko ari zonshingano […]
Mu Bushinwa hasenywe urusengero runini mu cyagaragaye nkâigitero ku bakirisitu – Amafoto
Abayobozi mu majyaruguru yâu Bushinwa basenye urusengero runini rwa gikirisitu mu kintu abaharanira uburenganzira mu byâiyobokamana bafashe nkâuburyo bukoreshwa nâAbatalibani ndetse n’igitero ku bakirisitu. Biravugwa ko abayobozi ba gikomunisiti bâu Bushinwa batemera Imana bafite impungenge za muvoma zishobora kuvuka hanze yâaho bashobora kugenzura harimo no mu bijyanye nâiyobokamana. Ni muri urwo rwego hasenywe urusengero runini […]
Rubavu: Hatejwe cyamunara inyuranije n'umwanzuro w'urukiko
Urukiko rwemeje ko Koperative ifitiye Banki umwenda wa Miliyoni 10 Banki yatanze miliyoni 16, ariko yishyuza miliyoni 39 Banki na Koperative baburanye ku ngano nyakuri y’umwenda kuko byarimo impaka Igipangu gifite agaciro ka miliyoni 20 cyaguzwe miliyoni umunani Umuryango wa Ntiyamira Aloys uratabaza inzego zinyuranye nyuma y’uko uterejwe umutungo urimo inzu yatanzweho ingwate na Koperative […]
Ni gute umuntu yagira intego nyayo?- Pst. Jimmy Muyango
Ni kenshi abantu bavuga ko bakeneye kugira intego ariko ibyo ntibihagije kuko usanga benshi bafite intego zinyuranye mu gihe umukristu akeneye gutumbira ibintu nyabyo. Mu nyigisho zatanzwe na Senior, Pastor wa Potterâs Hand Church, Jimmy Muyango yashimangira ko hari intego zâ amoko 3 zikunze kuranga abantu. 1.Abantu benshi babayeho nta ntego: Usanga abantu benshi bafite […]
Umukobwa wâinshuti yanjye ndamutinya, andusha imyaka 10, ayo ahembwa akubye gatatu ayanjye, arifuza ko tubana-NKORE Iki?
Ndi umusore wâimyaka 25,mu myaka ibiri ishize nagize uburwayi butunguranye njyanwa mu bitaro Kubera ko atariho mvuka byaragoranye cyane kunyitaho gusa nafashijwe ahanini nâabasore dukorana nabo bikabagora cyane kuko bagombaga kusimburana kuza kundwaza ndetse banakora akazi. Muri ibyo bihe byâuburwayi bwanjye,umwe mu baganga bâigitsinagore niwe wankurikiranaga umunsi ku wundi gusa akenshi yahageraga mu cyumba nari […]
Perezida Kagame yitezweho gukemura ikibazo cya Sahara yâIburengerazuba
Mu gihe hashize imyaka igera kuri 40 ikibazo cyâ ubwigenge bwa Sahara y’iburengerazuba (Sahara Occidentali) cyaraburiwe umuti, Loni yizera ko Perezida wâ u Rwanda, Paul Kagame ashobora kugira uruhare rukomeye mu kugikemura dore ko na Maroc yamaze kugaruka muri AU. Ni muri uru rwego, Perezida wâ Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe(AU), Paul Kagame yagiranye ibiganiro […]
Dore pozisiyo yakorohera mu gihe utera akabariro umugore ufite umubyibuho udasanzwe
Igitsinagore gikunze kugaragaraho imihindukire yâumubiri ku buryo budasanzwe nyuma yo gushinga urugo, ugasanga abyibushye bikabije mu gihe gito, ibi usanga abagabo benshi bibabangamira bibaza uko bazajya babyitwaramo mu gihe cyo gutera akabariro. Gusa ibi ntibikwiye kuba ikibazo kuko Bwiza.com yabakusanyirije uburyo bworoshye mwakwifashisha mu gihe ukora imibonano mpuzabitsina nâumugore ubyibushye bikabije. Uburyo twakwita mpagazi Ni […]
Kayumba wo muri RNC yigambye gukorana nâurwego rwâiperereza rwa gisirikare muri Uganda
Rugema Kayumba wo mu ishyaka rya RNC rirwanya Leta yâ u Rwanda, yigambye ko asanzwe afitanye imikoranire ya hafi nâ abayobozi bakuru bâ urwego rwâ iperereza rya Uganda(CMI). Ibi yabishamangiye akoresheje urubuga rwe nkoranyambaga rwa facebok, Rugema Kayumba yemeje adashidikanya ko azakomeza gukorana bya hafi cyane nâ aba bayobozi ba CMI. Yakomeje agira ati “Ntabwo […]
Dore ibintu byâibanze byatera umugore wawe kwifuza kuguca inyuma
Umunsi ku munsi wumva mu miryango itandukanye havugwamo gucana inyuma, gusa akenshi byagiye bigaragara ko gucana inyuma biterwa nâingeso yâumuntu ku giti cye, kimwe n’uko hari igihe biba byatewe nâumwe uba utuzuza inshingano ze mu bashakanye. Reka turebere hamwe bimwe mu bintu byatuma umugore wawe aguca inyuma, nk’uko bwiza.com yabiguteguriye, biteye uku: 1.Kuba umugore atajya […]
Ninshaka gutandukana na Diamond nzabikora ku bwâumutimanama wanjye- Zari Hassan
Zari Hassan akomeje guhatwa ibibazo nâabatari bake abazwa ku mubano we nâumugabo we Diamond, gusa ashimangira ko nashaka gutandukana na we azabikora ku bwe, atazagendera ku byo abantu bavuga. Ibi bibaye mu gihe hashize igihe kitari gito havugwa umwuka mubi hagati yabo (Diamond na Zari), ndetse ko bishobora kubaviramo gutandukana. Aciye ku rukuta rwa Instagram […]
1959-1994: Umukoloni yakoresheje iturufu yâamoko isiga u Rwanda mu kangaratete
Inkomoko yâ ibibazo byâ u Rwanda bifite imizi mu mateka yaruranze kuva igihe abakoloni bifuzaga gutandukanya Abahutu nâ Abatutsi bavugaga ururimi rumwe ndetse basangiye byose, bagamije kubaganisha abo bifuza ku nyungu zabo bwite. Mu ntangiriro , Ababiligi bagerageje gusobanura ko Abatutsi ari bo bari bafite ubwenge, ubushobozi bwo kuyobora ndetse banafite ubwenge kugirango Abahutu bahorane […]
Kanye West yaririmbiye umufana we kuri telefoni ahita apfa
Umuhanzi ukunzwe muri Leta zunze ubumwe za America, Kanye West yaganiriye nâumufana we waburaga amasaha make ngo apfe mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyifuzo uwo mufana we yari afite kuva kera. Kanye West uhora mu itangazamakuru bitewe no kuba yarashakanye nâumugore wâicyamamare mu kumurika imideli, Kim Kadashian, yamenyekanye mu ndirimbo zagiye zikundwa harimo nka […]
Nyabihu: Abaturage ntibavuga rumwe nâubuyobozi ku giciro cyâamazi
Abaturage batuye mu murenge wa Rugera,akagari ka Rurembo ho mu karere ka Nyabihu batangaje ko batemeranywa nâumwanzuro ubuyobozi bwafashe wo kubishyuza amafaranga 8 ku ijerekani imwe yâamazi mu gihe bari basanzwe bishyura neza amafaranga 300 ku kwezi. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com,Umuyobozi wâumudugudu wa Gahama, umwe mu midugudu igize aka kagari ka Rurembo, Jean Bosco […]
Mu nzu nyinshi amaze kugura, iyi ni yo yahenze cyane umuhanzi Diamond Platnumz
Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania akomeje gutangaza abatari bakeya kubera ukuntu amaze kwiyubaka mu gihe kitari kirekire cyane amaze mu muziki ugereranyije na bagenzi be bo muri Tanzania ndetse no mu karere, aho kuri ubu mu nzu nyinshi amaze kugura afite iyamuhenze cyane yamutwaye miliyari yâamashilingi. Nkâuko bitangazwa na komisiyoneri we wagize […]
Rusesabagina akomeje kumvikanisha ko yarokotse jenoside ari na ko ashaka kugoreka amateka
Paul Rusesabagina, wiyita ko ari umutabazi ndetse nâumucikacumu wa jenoside yaraye atangiye ikiganiro mu nama ku burenganzira bwa muntu avugiramo amagambo atakiriwe neza na bamwe mu bitabiriye iki kiganiro mu gihe abandi bamushimagije. Hari ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, itariki 11 Mutarama 2018 ubwo yari mu nama ya Northwestern University Community for Human […]
Namenye ko umusore twari tugiye kubana arwaye SIDA kandi imyiteguro twari tuyigeze kure-NKORE IKI?
Muraho! Mbandikiye iyi nkuru mbabaye mbasaba inkunga yâinama mwe mwese duhurira kuri uru rubuga rwa bwiza.com, mu byâukuri byandenze. Mu mpera zâumwaka ushize nibwo njye nâumukunzi wanjye twafashe amatariki ndetse tunasohora invitation kuko ubukwe buri ku itariki ya 3 Gashyantare 2018. Ikibazo nagize narangije kumenya ko arwaye SIDA, umuganga wamupimye ndetse yanahaye ruswa niwe wanyibiye […]
USA: Uwitwa Prince akurikiranweho kwica impanga ye bari bahuje byinshi birimo amazina
Umusore wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yivuganye impanga ye bari bahuje ibintu byinshi birimo nâizina rya mbere nâirya nyuma. Igipolisi cyo muri Florida cyahamagawe mu rugo ruherereye ku muhanda North Pearl Street muri Jacksonville nyuma yo kubona umurambo wâumuntu wari urambaraye ku muhanda. Umusore wâimyaka 26 akaba yari yishwe arashwe igipolisi gihita gitangira […]
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare nâ abaporisi
Hakurikijwe ububasha ahabwa nâ Itegeko Nshinga, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba nâUmugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo Fred Ibingira wakuwe ku ipeti rya Lieutenant Jenerali akagirwa Jenerali na Jacques Musemakweli wakuwe ku ipeti rya Jenerali Majoro akagirwa Lieutenant Jenerali. Itangazo ryashyizweho umukono nâUmuvugizi wâIgisirikare cyâu Rwanda, Lt Col Munyengango […]
Kapiteni wâamavubi Bakame yatangaje byinshi nyuma yo kunyagirwa 4-1 Na AlgĂ©rie
Mu mikino ine Amavubi yakiniye i Tunisie yitegura imikino ya CHAN 2018 muri Maroc nta numwe babashije gutsinda, nyuma yo kunyagirwa nâikipe yâigihugu cyâAlgĂ©rie 4-1, abakinyi batandukanye barongojwe imbere na Kapiteni wabo Bakame batangaje ko nubwo bahagaze nabi ndetse bakaba batumvikana neza mu kibuga ngo gusa bafite intego yo kugera ku mukino wa nyuma muri […]
Muhima: Uwari umukozi wa BNR arirukanwa mu nzu yubakiye inshoreke, ubuyobozi buti âsi uwo kwandagaraâ
Mu Kagari ka Rugenge, Umurenge wa Muhima, haravugwa umugabo wahoze akora muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) ubu ugiye kuba imbunzakarago kandi yarubatse mu Mujyi wa Kigali. Uyu mugabo wiyemerera ko yataye umugore mu cyaro bafitanye abana umunani, avuga ko ari gusohorwa mu nzu n’umugore batasezeranye ariko bamaranye imyaka 25 babyaranye abana babiri. Ni ku […]
Amerika irasaba Uganda guhamagaza umudipolomate wayo ushinjwa guhohotera umugore we
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahatiye Uganda guhamagaza umujyanama muri ambasade yayo I Washington ushinzwe ibibazo bya politiki nâubukungu, Dickson Ogwang ku mpamvu zâihohoterwa ryo mu muryango. Byari biteganyijwe ko Amb. Ogwang azagaruka muri Uganda mur iki cyumweru nkâuko amakuru aturuka mu nzego zo hejuru muri dipolomasi avuga. Abayobozi bavuga ko Igipolisi cya Leta Zunze […]
U Bubiligi bwahagaritse ubufatanye mu iterambere bwari bufitanye na Congo
Visi Minisitiri wâIntebe akaba na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Bubiligi, Didier Reynders na Visi Minisitiri wâIntebe akaba na minisitiri wâubutwererane mu iterambere, Alexander De Croo, bafashe icyemezo cyo guhagarika ubutwererane na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Iki cyemezo cyafashwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Mutarama ubwo aba bayobozi bagiranaga ibiganiro mu muhezo na Komisiyo […]
Inkunga y'ibyo kurya igenewe impunzi zahungiye mu Rwanda yongeye kugabanuka – Loni
Ibihumbi byâimpunzi zahungiye mu Rwanda byugarijwe nâikibazo cyo kubura ibyo kurya kubera ikibazo cyâibura ryâinkunga. Impunzi zisaga 100,000 zahungiye mu Rwanda zifite ibibazo byo kuba ibyo kurya zagenerwaga byaragabanyutse bitewe na none no kugabanyuka kwâinkunga zagenerwaga nkâuko byatangajwe kuri uyu wa kane, itariki 11 Mutarama 2018 nâishami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi, HCR. Ishami ryâUmuryango […]
Burundi: Ingengo yâ imari igenewe iterambere ryâ iguhugu yagizwe ifunguro ryâ abayobozi
Mu itangazo yageneye abanyamakuru, Perezida wâ Ishyirahamwe Olucome ribarizwa muri sosiyete sivile i Burundi, Gabriel Rufyiri yatangaje ko ubushakashatsi yakoze bwerekana ko ingengo yâ imari ya Leta ikoreshwa ku nyungu bwite zâ abayobozi mu gihe abaturage barushijeho gukena. Rufyiri yikomye Leta ya Perezida Pierre Nkurunziza avuga ko iherutse gutora itegeko rigenzura uburyo amafaranga akoreshwa ariko […]
Ndi umukobwa wâ imyaka 19, mama asambana mbireba, ndamuhana akankangisha kuzantwika umunwa- NKORE IKI?
Mbandikiye ibi mbabaye kuko mama akomeje kuntera agahinda, aca inyuma data, agasambana nâundi mugabo nzi kandi nareba nkasanga ari ugusuzuguza data, none basomyi n’abayobozi ba bwiza.com nifuzaga ko mwamfasha ku bujyanama. Mfite imyaka 19, ubu nibwo ndangije kwiga segonderi, akenshi nakundaga kubona ababyeyi banjye batongana, amakosa buri gihe nkayashyira kuri papa, ariko ubu maze kubona […]
Umunyarwanda yatorewe umwanya wa visi perezida wâakanama kâuburenganzira bwa muntu ka Loni
Ambasaderi wâu Rwanda mu Busuwisi, Dr Francois Ngarambe, yagizwe visi perezida wâAkanama kâUmuryango wâAbibumbye kita ku Burenganzira bwa Muntu. Iyi mirimo mishya Ngarambe yashinzwe biteganyijwe ko azayikomatanya no kuba intumwa ihoraho yâUmuryango Mpuzamahanga wâUbucuruzi (WTO) mu Muryango wâAbibumbye ufite icyicaro I Geneve. Kuri uyu wa gatatu I Geneve nibwo Dr Francois Ngarambe yagizwe visi perezida […]
Nyuma yâiminsi yibasiwe, Bebe Cool yahuriye na Pitbull wo muri Amerika mu ndirimbo igenewe utubyiniro
Umuhanzi wo mu gihugu cya Jamaica yahurije umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool ndetse na Pitbull wâumunyamerika mu ndirimbo nziza cyane iri mu njyana ya dancehall bise âYour Loveâ. Uyu muhanzi wo muri Jamaica witwa Honorebel akaba yarakoranye iyi ndirimbo na mugenzi we wo muri Jamaica nawe umaze kumenyekana cyane, Charly Black anatumiramo Bebe Cool […]
RDC: Umukozi wâurwego rwâubutasi (ANR) yishwe urwâagashinyaguro muri Kasai
Umwe mu bakozi bâurwego rwâigihugu rwâubutasi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (ANR) yarishwe acibwa umutwe mu ijoro ryo kuwa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu ushize muri Kasai yishwe nâinyeshyamba zirwanya ubutegetsi. Mu Ntara ya Kasai hakaba ari ahantu hamaze iminsi hibasiwe nâubugizi bwa nabi bwiganjemo ubwicanyi bwatangiye muri Nzeri 2016 nyuma yâiyicwa ryâuwari […]
Abakiriya ba MTN bararira ayo kwarika banenga serivisi mbi bahabwa
Abakiriya ba MTN bakomeje kurira ayo kwarika bitewe na serivisi mbi badasiba guhabwa na sosiyete yâ itumanano ya MTN yabimburiye izindi mu Rwanda. Mu gihe iyi sosiyete yâ itumanaho ikomeje gutanga serivisi mbi, abafatabuguzi bayo batandukanye batangaza ko bafite ibibazo byâ ingutu bibabangamiye birimo gudahamagarana, internet , nâ ibindiâ. Mu kiganiro na Bwiza.com , umwe […]
Zari na Mobeto batangaje ko kubyarana na Diamond byatumye bamamara
Umunyamidelikazi akaba nâumukinnyi wâamafilimi mu gihugu cya Tanzaniya ,Hamisa Mobeto ndetse n’umuherwe kazi Zari, Hassan “The boss lady” batangaje ko kubyarana na Diamond Platnumz ari ikintu cyatumye bamenyekana cyane muri rubanda. Mu kiganiro bagiranye na televiziyo AYO yo mu gihugu cya Tanzaniya, buri umwe yahamije ko kubyarana na Diamond byatumye amenyekana kubera ko uyu mugabo […]
Impunzi zâAbanyarwanda zandikiye HCR zisaba kutazoherezwa mu Rwanda nyuma yo gukurirwaho ubuhunzi
Abanyarwanda bari mu buhungiro bisabiye gukomeza kwitwa impunzi aho gusubira mu Rwanda bavuga ko nta mutekano bahagirira. Ni mu gihe u Rwanda rwatangije gahunda ya Come and See, Go and Tell mu 2013 mu rwego rwo kugirango impunzi zijye zibasha kuza mu Rwanda kwirebera ukuri guhari aho kwishinga impuha ahanini zigamije guhindanya isura yâigihugu. Mu […]
Barore Cleophas ntiyemeranya nâabita itangazamakuru ryâibindi bihugu iryâibinyoma
U Rwanda rwakomeje kugaragara ku rutonde rwâ ibihugu bibangamira ubwisanzura bwâ itangazamakuru kuva muri 2006, ubwo Radio Mpuzamahanga yâ u Bufaransa(RFI) yafungwaga. Uru rutonde rwagiye rutegurwa nâ umuryango uharanira ubwisanzure bwâ Itangazamakuru (Agenda de la Presse Libre de lâOuest) kugeza nâ igihe gahunda ya BBC/Kinyarwanda yafunzwe na Leta yâ u Rwanda iyishinja gukwirakwiza ingengabitekerezo ya […]
Umusore dukundana aranyizera cyane, njye nkora uburaya ndetse kubireka byarananiye- NKORE IKI?
“Muraho nshuti Z’INKURU NZIZA PAGE? Mfite ikibazo kinkomereye ndifuza inama zanyu. Ndi umukobwa wâimyaka 22 niga muri kaminuza yâu Rwanda i Huye mu mwaka wa kabiri. Nakuze ndi umukobwa wâumuhanga mu ishuri, wiyubaha kandi abantu bose baranyemeraga ko ndi serieuse. Â Nakuriye mu muryango ukennye cyane, ndi imfura iwacu kandi turi abana bane. Mama nta […]
Hussein Machozi yashyize ahagaragara video yâindirimbo âSweet Melodyâ igaragaramo udushya tudasanzwe
Umuhanzi Hussein Machozi urimo kwitwara neza mu gihugu cya Tanzania kuri ubu akaba afite indirimbo igezweho yise ” Sweet Melody “, yashimiye umuhanzi mugenzi we, Alikiba, ku kumushyigikira ashima iki gihangano cye gishya avuga ko birushaho kumutera ingufu. Hussein Machozi ni umuhanzi bivugwa ko afite inkomoko mu Rwanda ndetse mu 2011 akaba yarahakoreye amashusho yâindirimbo […]
Burundi/Muyinga: Imbonerakure enye zishwe zimaze kurasa abantu babiri
Mu Ntara ya Muyinga, mu gace ka Kobero ahitwa ku Nkaka , Isaac Nzeyimana na Sezirahiga bishwe nâ abantu 4 bitwaje intwaro bivugwa ko ari Imbonerakure za CNDD-FDD, ishyaka riri ku butegetsi. Uyu Isaac Nzeyimana yari asanzwe ari umuvunjayi wâ amafaranga na Sezirahiga wari umutwaye kuri moto baguye mu mutego wâ abantu babarasa amasasu menshi […]
Dore ikizaguhamiriza ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi
Ni kenshi humvikana abantu bagenda bibaza ku bakobwa b’amasugi (batarakora imibonano mpuzabitsina na rimwe) bavuga ko kubamenya bigoye cyane ko hari n’abo mubikora ukamwibeshyaho nyamara atari isugi. Mu gushaka kumenya ukuri kw’ibi, bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza bimwe mu bintu byakwereka ko umukobwa mugiye gukorana imibonano mpuzabitsina ari isugi. Ubusanzwe, umukobwa wâisugi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina […]