Dore ibintu 5 uzirinda unyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Izi nyigisho zigenewe abubatse ingo ndetse n’abari mu nzira yo kurushinga, uyu munsi bwiza.com irakebura abagabo bakunda gutera akabariro ariko bakananyaza abagore babo, ni byiza kuko bitera umuneza ababikora, ariko bishobora no kubyara amahari ku wabikoze nabi. 1.Kunyaza umugore utateguye : Ntabwo byaguhira kuba waza uzi ko ugiye kunyaza umugore utabanje guha akanya ngo umutegure, […]

Uganda: Ambasaderi Frank Mugambage yavuye imuzi imiterere y'ibibazo biri hagati ya Uganda n'u Rwanda

Twese turaharanira ubumwe n’ubufatanye atari hano gusa no hanze. Ku bw’ibyo ikintu cyose kibibangamira tugifata nk’igikomeye kandi ntikigomba kwemererwa kuba. Ibi akaba ari ibyatangajwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda mu kiganiro kirekire yagiranye n’ikinyamakuru The Independent avuga ku bibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda. Ikibazo cya mbere yabajijwe ni ugusobanura uko kuri ubu […]

Muhanga: Abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza baranenga ubuyobozi bubaheza mu gihirahiro

Abaturage bo mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Rongi, akagari ka Gasharu, bavuga ko ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga n’ubw’Intara y’Amajyepfo, bwabahejeje mu gihirahiro aho kubakemurira ikibazo. Hashize imyaka 4 ikibazo cy’ibiza kibaye , isuri yasenyeye abaturage, isenya inzu zabo, itwara imirima n’ibindi bikorwaremezo, abayobozi batandukanye bagiye bakirebera ariko ntigishakirwe umuti byihuse, bamwe mu baturage ubu […]

Umuhanzi Bruno Mars yahigitse igihangange Jay-Z mu bihembo bibiri bikomeye muri Grammy Awards 2018

Mu ijoro ryakeye kuri iki Cyumweru itariki 28 Mutarama 2018, umuhanzi Bruno Mars yahuriyemo n’amahirwe adasanzwe ndetse uyu ukaba ari umwaka atazibagirwa ubwo yegukanaga ibihembo bibiri bikomeye muri Grammy Awards 2018. Ibirori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards byatangiye abahanzi Kendrick Lamar na Rihanna begukana igihembo cy’indirimbo ikoze neza (Best record) ya Rap kubw’indirimbo yabo […]

Perezida Nkurunziza yahagarariwe mu Nteko rusange y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe

Perezida Nkurunziza ugiye kumara imyaka itatu adasohoka mu gihugu, mu Nteko rusange y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ntabwo yahagaragaye, yohereje umuhagarariye. Ni inteko rusange yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Mutarama 2018, i Addis Ababa muri Ethiopia, inama yagaragayemo abakuru b’ibihugu bihuriye muri uyu muryango, Visi Perezida wa mbere, Sindimwo […]

Umugeni yafashwe n’ibisazi yikuramo imyenda ariruka- REBA AMAFOTO

Ni umugeni ukomoka mu gace ka Masaka muri Uganda, ubwo bari mu mihango yo gushyingiranwa bijyanye n’umuco wabo, yahise afatwa n’icyo ibitangazamakuru bitandukaye byise ibisazi. Impamvu itangazwa yabimuteye ngo ni uko nyirabukwe yari yanze ko umukobwa abana n’umuhungu we w’umukire cyane. Kanda hano wiyandikishe ( Subscribe) ubona ibiganiro, indirimbo kandi bishya mu mashusho Uyu mugeni […]

Bebe Cool n’umugore we Zuena mu byishimo by’imyaka 16 bamaranye mu rukundo

Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool n’umugore we Zuena, barishimira imyaka 16 bamaze babana nk’umugabo n’umugore, ubu bakaba bashima Imana yabahaye n’urubyaro. Zuena agira ati “mu myaka 16 ishize nibwo nahuye n’uyu mugabo nita umugabo wanjye, akaba na papa w’abana banjye, twabanye mu bihe byiza n’ibikomeye ariko tukabibanamo twembi, Imana yaduhaye umugisha w’abana beza batandatu […]

Uganda: Umugore yafatanwe igikapu gipakiyemo intwaro zitandukanye za gisirikare

Polisi ya Uganda ikorera ku mupaka wa Elegu uherereye muri district ya Arua, mupaka wa Uganda na Sudani y’Epfo, yafashe umugore wari ufite imbunda ebyiri n’amasasu menshi ndetse n’izindi ntwaro za gisirikare, yashakaga kwinjirana ku butaka bwa Uganda avuye muri Sudan y’Epfo. Ku wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama 2018, nibwo  Flavia Akech w’imyaka 42 […]

Lionel Messi yavuze ko kugenda kwa Neymar ntacyo byahungabanyije ku ikipe FC Barcelona

Lionel Messi, rutahizamu w’ikipe FC Barcelona atangaza ko kuba Neymar yarayivuyemo akerekeza muri PSG nta cyuho yasize; ahubwo ko biyubatse neza imbere. Mu kiganiro yagiranye na Worldsoccer yagize ati ” Ukugenda kwa Neymar byahinduye uburyo bw’imikinire; uhu turi ingabo nziza mu kibuga hagati; duhagaze neza nta gihunga; ibi nabyo bituma n’inyuma dukomera”. Neymar yaguzwe miliyoni […]

Umubano wa Wema Sepetu na Idriss Sultan ukomeje gutera benshi urujijo

Miss Tanzania Wema Sepetu n’umusore Idriss Sultan, bari baratangaje ko batakiri mu rukundo, ariko amagambo bakomeje kwandikirana atuma benshi babibazaho ko urukundo rwabo rwaba rwongeye gutera imizi. Muri uku kwezi nibwo Idris yashyize ifoto ye ku rukuta rwe rwa Instagram, abantu banshi bagiye bayikunda bakayishyiraho LIKE, muri abo na Wema Sepetu yagaragayemo ndetse nyuma anashyiraho […]

Ikibazo cy’iterabwoba Perezida Kagame akibona nk’icyakemuka ngo n’ubwo gikomeye

Mu nama y’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Gashinzwe Amahoro n’Umutekano, yabereye i Addis Ababa muri Ethiopie ku wa Gatandatu tariki ya 27 Mutarama 2018, yibanze cyane ku kibazo cy’iterabwoba, Perezida Kagame yakigarutseho avuga ko n’ubwo kugikemura bigoranye ariko bishoboka. Perezida Kagame avuga ko muri Afurika hagaragara impamvu z’iterabwoba kandi na none hakaba n’izindi zituruka […]

Muhanga: Yagwiriwe n'ikirombe arapfa ubwo yari agiye gucukura mu uburyo butemewe

Habukubaho Francois Xavier wari ufite imyaka 18 y’amavuko, yagwiriwe n’ikirombe ahita yitaba Imana ku manywa yo ku italiki ya 25 Mutarama 2018. Ibi bikaba byabereye mu kagari ka Butare , umurenge wa Kabacuzi, ho mu karere ka Muhanga, akaba yari atuye mu kagari ka Giko, umurenge wa Kayumbu mu karere ka Kamonyi , bivugwa ko […]

Nyanza: Abaturage barasabwa kwishyura ubwisungane vuba

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Mutarama 2017, abaturage ba Karere ka Nyanza basobanuriwe intwari icyo aricyo banakangurirwa kugumya kwihutisha gahunda yo kwishyura ubwisungane mu kwivuza (Mituel de santĂ©). Ni mu muganda umuganda usoza ukwezi kwa Mutarama/2018 ku rwego rw’Akarere ka Nyanza wabereye mu murenge wa Muyira mu Kagari ka Nyundo. Umuganda witabiriwe n’abaturage,inzego […]

VIDEO: Arasobanura impamvu umugore ashobora kutazana amavangingo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, umugore ashobora kuzana amavangingo, mu yindi mvugo ni “ukunyara ku mugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, ariko na none hari abatayazana bitewe n’impamvu runaka. Uyu mugore (uvuga muri video) arasobanura impamvu zitandukanye zishobora kubuza ayo mavangingo kuza kimwe n’uko ashobora kugufasha akaza. Ati “Umugore ashobora kuzana amavangingo iyo adafite inkomyi ituma ayazana, […]

Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero

Mu ijoro ryo ku wa kane tariki ya 25 Mutarama 2018, mu rugo rwa Gen Masunzu Pacific, wo mu gisirikare cya Congo (FARDC), hagabwe igitero n’abantu bari bitwaje intwaro. Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero n’abantu bari bitwaje intwaro, ruherereye muri Kiziba, mu Minembwe, muri Kivu y’Amajyepfo. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru imurenge, avuga ko humvikanye urusaku […]

Kwizera M.Claire uhanura muri ADEPR, aremera ko ararana n'abagabo muri Lodge bishimisha

Kwizera Marie Claire, umugore wa Pasiteri Hakizimana Stephen, benshi bazi nk’umuhanuzi muri itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR), aremera ko ibyo umugabo we amuvugaho byo kurara muri za lodge ari kumwe n’abandi bagabo ari byo. Kugeza magingo aya, uyu mugore ntabwo abana n’umugabo we nyuma y’amakimbirane bagiranye hagati yabo amaze imyaka. Umwaka ushize nibwo Pasiteri […]

2018 ni umwaka wo guhesha agaciro abamotari- RURA

Umuyobozi w’ikigo cy ‘ibikorwa bifitiye igihugu  akamaro ( RURA ), yatangaje ko umwaka wa 2018, ari uwo guhesha agaciro abakora umwuga w’ubumotari, zimwe mu mvune bagiriraga mu kazi kabo zikagabanuka ndetse hakabaho uguhana neza sirivisi hagati ye n’umugenzi. Umuyobozi wa RURA, Maj. Nyirishema Patrick, ibi yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 26 […]

Uganda: Dr Nyanzi ahamya ko abagabo bamusaba urukundo baba bamushakaho igitsina gusa

Dr Stella Nyanzi wo muri Uganda, yatangaje ko abagabo bamugeraho bamubwira ko bamukunda ari benshi, ariko ngo ahanini baba bagenzwa no kumwaka igitsina. Uyu mugore uvuga ko muri we atiyumvamo urukundo rw’abagabo, yagize ati “Baraza banyizeza urukundo, gusa bose baba bashako gusambana na njye gusa”. Dr Nyanzi ngo hashize igihe kirekire yaratandukanye n’umugabo we babyaranye […]

#Kamonyi: Umuturage yatsinze urubanza mu myaka itatu ishize ariko ntirurarangizwa

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi, bavuga ko baburana imanza bakazitsinda ndetse baranazitanzeho amafaranga menshi ariko bakababazwa n’uko zitarangizwa. Uyu muturage agaragariza Urwego rw’ Umuvunyi, n’ ubuyobozi muri aka karere ikibazo cy’ urubanza yatsinze, ariko rumaze hafi imyaka 3 rutarangizwa. Iki kibazo cyo gutinda kurangirizwa imanza, ngo hari n’abandi bagihuriyeho […]

Perezida Donald Trump yasabwe gusimbura Arsene Wenger ku butoza bw’ikipe ya Arsenal

Ubwo umunyamakuru wo mu Bwongereza yagiranaga ikiganiro cyihariye na Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamusabye gusimbura Arsene Wenger ku butoza bw’ikipe ya Arsenal. Umunyamakuru, Piers Morgan, umaze igihe kirekire asaba Arsene Wenger gusezera ku butoza bwa Arsenal, yasabye Trump kuzamusimbura avuga ko Wenger gutoza ikipe akayishyira ku rwego rwiza rubasha gutwara […]

Ibintu bitangaje utaruzi ku gitsina gabo

Buri kiremwa muntu gifite uburyo kibayeho ndetse hari n’ibikigize bigiye bitandukanye kuri iyi ncuro tugiye kurebera hamwe imiterere y’igitsina cy’abagabo benshi batari basonukiwe. Imiterere y’ibitsina by’abagabo iratandukanye, bamwe bagira ibitsina bito bibyibuha bikanikwedura mu gihe bagize ubushake bwo gukora imibonanano mpuzabistina gusa, naho abandi bakagira ibinini bitiyongera n’igihe bagize ubushake bw’imibonano mpuzabitsina. Igitsina cy’umugabo cyazanye […]

José Mourinho yongerewe amasezerano yo gutoza Manchester United kugeza mu 2020

Ku wa Kane tariki ya 25 Mutarama 2018, nibwo ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza yongereye amasezerano umutoza wayo, JosĂ© Mourinho yo kugeza mu 2020. Jose Mourinho, umunya- Politigali w’imyaka 55 y’amavuko, yongerewe amasezerano mu gihe yari agiye kumara imyaka ibiri ayitoza. Ubwo yari amaze gushyira umukono ku masezerano, Mourinho yatangaje ko gutoza Man. […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Diamond na Rick Ross nyuma y’igihe gito bakoranye indirimbo

Umuraperi mpuzamahanga wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Rick Ross, aravugwaho gusiba ku rukuta rwe rwa instagram amafoto yose y’umuhanzi, Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania baherutse gukorana indirimbo. Rick Ross akaba yari afite amafoto menshi ya Diamond ku rukuta rwe nka ambasaderi bahuriye ku kwamamaza ikinyobwa cya Belaire. Mu mpera z’umwaka ushize […]

Ababyeyi b’inshuti yanjye ntibanshaka, banyita indaya, ngo nambara utujipo tugufi, haburaga amezi 3 ngo tubane- NKORE IKI?

Ndagisha inama hano kuri bwiza.com, ku bwanjye mfite ikibazo numva kindemereye cyane, kuko hari ibintu nawe wumva ugasanga ntaho bihuriye n’urukundo. Abasore b’iki gihe sinzi pe, uwo twendaga kurushinga ubu yahinduye imvugo, ngo ntabwo umuryango unshaka, ngo bambonye nambaye akajipo kagufi. Nagerageje kumusobanurira ko imyambarire ntaho ihuriye n’umutima w’umuntu, ndetse nanamusobanurira ko biterwa naho ngiye […]

Umuhanda w’i New York ugiye kwitirirwa umunyafurika w’umunyabigwi

Umuhanda uri i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gace ka Bronx , ugiye kwitirirwa umunya Ghana wakoze igikorwa cy’ubutwari. Emmanuel Mensah, ni umunya Ghana, wapfuye ku wa 28 Ukuboza 2017, ubwo yageragezaga gutabara abaturage ubwo inzu barimo yari yafashwe n’inkongi y’umuriro. Ubwo inzu yari yafashe n’inkongo y’umuriro, Emmanuel Mensah ngo yatanze […]

Isaha ndangamperuka (Doomsday Clock) kuri ubu iragaragaza ko habura iminota ibiri

Isaha ndangamperuka y’isi (Doomsday Clock) kuri ubu iragaragaza ko habura iminota ibiri ngo saa sita z’ijoro (ari nayo mperuka y’isi) zigere mu gihe Isi ikomeje gusatira irangira ryayo. Iyi saha yiswe mu Cyongereza Doomsday Clock igaragaza uko Isi yugarijwe n’irimbuka ryayo yegerejwe hafi ya saa sita z’ijoro bitewe n’umwaka ushize hagaragara umwuka mubi ushobora kubyara […]

Umugabo w’imyaka 50 yarongoreye rimwe abagore batatu

Mohammed Ssemanda w’imyaka 50 y’amavuko, yakoze ubukwe n’abagore batatu, avuga ko yabikoze kubera ko nta bushobozi yari afite bwo kuzakora ubukwe inshuro eshatu mu gihe bose abemera nk’abagore be. Uyu mugabo usengera mu idini ya Islam, yagize ati “Nashyingiranwe n’abagore banjye batatu umunsi umwe kuko nta mafaranga ahagije nari mfite yo gutegura ubukwe inshuro 3 […]

Gisagara: Bahangayikishijwe n’inzu zabo zangijwe n’imashini zikoreshwa ahazubakwa uruganda

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gisagara, umurenge wa Mamba batuye impande z’ahubatswe amazu azaturwamo n’ abakozi bazakora mu ruganda rutunganya nyiramugengeri ruyibyazamo ingufu z’umuriro w’amashanyarazi, baravuga ko imashini zitsindagira zakoreshejwe mu iyubakwa ry’aya mazu y’abakozi zabangirije ayabo basanzwe batuyemo. Aya mazu y’aba bakozi yubatse iruhande rw’igishanga cy’akanyaru ku gice cya ruguru ariko kandi […]

RDF yongeye gufungura amarembo ku bifuza kwinjira mu gisirikare

Igisirikare cy’u Rwanda kirahamagarira abasore n’inkumi b’Abanyarwanda bifuza kukinjiramo gutangira kwiyandikisha mu turere twabo guhera ku itariki ya 01 kugeza kuwa 26 Gashyantare. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda rikaba rigaragaza ibyiciro abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda bakwiyandikishamo hakurikijwe imyaka, amashuri n’ubumenyi bafite. Icyiciro cya mbere kigizwe n’abaziyandikisha bifuza kuba abasirikare bato, icya […]

Diamond, umusore ukunzwe cyane, ubu urimo kurwana urugamba rw’abagore 5- REBA AMAFOTO

Diamond Platnumz ni umuhanzi wo muri Tanzania, w’imyaka 28 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Tanzania, mu rugendo rwe rwa muzika ubu umuntu yavuga ko ruhagaze neza mu ruhando mpuzamahanga, uyu musore ni nako avugwaho gukunda cyane abagore. Diamond na we ubwe ntahakana ko adakunda abagore, ubwo yari i Kigali mu Rwanda yabajijwe impamvu akunda abagore […]

Nyarugenge: Abanyerondo b’umwuga basoje amahugurwa y’iminsi itatu, basabwa kongera ubunyamwuga

Abanyerondo b’umwuga basaga 169 baturutse mu tugari twose tugize Umurenge wa Nyarugenge basoje amahugurwa y’iminsi itatu yaberaga mu cyumba mbera byombi cy’uyu murenge yatangiye kuwa 24 Mutarama 2018 agamije kongera ubunyamwuga,imikorere inoze no kwikura mu bukene ku bakora uyu mwuga mu rwego rwo guhashya ibyaha birimo ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu rubyiruko, ubujura, urugomo, ruswa n’ibindi byaha […]

Nyuma yo gusezererwa muri CHAN2018, Antoine Hey yasezeye kukazi

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Antoine Hey yagejeje ubusabe bwe kuri federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ko bahagarika abasezerano bari bafitanye kugeza federasiyo ibonye undi muyobizi akaba ari we wakwemeza ko agomba kongerwa amasezerano cyangwa yayimwa.   FERWAFA yemeje ibyaya makuru ibinyujije kurubuga rwayo rwa twitter yemejeko umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Antoine Hey yasezeye ku […]

Uko Ariel Sharon yigeze gutegeka guhanura indege ya gisivili bikanzemo Yasser Arafat

Ubwo yari minisitiri w’ingabo wa Israel, Ariel Sharon, wanabaye Minisitiri w’Intebe wa Israel, yigeze gutegeka igisirikare cya Israel guhanura indege ya gisivili yari irimo abagenzi mu gihe byari kwemezwa neza ko irimo Yasser Arafat wahoze ari umuyobozi wa Palestine. Ibi bikaba byarabaye mu 1982 ubwo iyo ndege yari itwaye Abana b’Abanya- Palestina 30 b’inkomere bari […]

Yatashye mu rugo rw’abandi yasinze azi ko ari iwe yica nyirarwo azi ko ari umujura

Umugabo yahamagaye igipolisi akimenyesha ko hari umujura winjiye iwe nyuma bigaragara ko ari we winjiye mu rugo rw’abandi yasinze azi ko ari we ahubwo akica nyir’urugo azi ko ari umujura wari wamuteye. Uyu mugabo w’imyaka 43 witwa Micheal G. Augustine w’ahitwa Rayton muri Missouri, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye igipolisi agisaba kwihutira […]

Diamond yitabiriye umuhango wogushyingura umufana we wazize impanuka

Diamond yitabiriye umuhango wogushyingura umufana we witabye imana Diamond Platnumz ukunze gutazirwa Simba hari hashize iminsi 3 avuye mu Rwanda mu ruzindiko yahagiriye rw’akazi gusa akimara kugera iwabo muri tanzaniya yakirijwe inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’abafana be babiri bari mubakomeye bamufasha mubuzima bwaburi munsi mu muziki we. Iby’urupfu rwaba bafana byamenyekanye mu ijoro ryo 21 Mutarama […]

Davos: Perezida Kagame yitezweho gusaba perezida Trump gusaba Abanyafurika imbabazi

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitezweho kuza gusabira imbabazi amagambo yavuze yita ibihugu bya Afurika imisarane ubwo aza kuba agirana ibiganiro na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, umuyobozi rukumbi muri Afurika Trump yifuje kuganira nawe mu nama ya World Ecomomic Forum I Davos mu Busuwisi. Mu nama ya WEF 2018 perezida […]

Oprah Uwoya utwite, nyina ntiyemera Dogo Janja nk’umukwe we

Oprah Uwoya kuri ubu utwite inda y’umuraperi wo muri tanzaniya Dogo Janja yatunguwe na nyina uvuga ko uwo Dogo Janja atamuzi uwo azi ari katawuki uherutse kwitaba imana nyamara magingo aya Oprah yarahise ashaka undi mugabo kugeza ubu utaremerwa na nyina. Kuva Ndikumana Katauti yitabiye imana umwka ushize nyina wa UwoyaNaima Uwoya ntiyahwemye kugaragaza ko […]

Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe wa Israel baganiriye ku kibazo cy’abimukira kimaze iminsi kivugwa

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu kuri uyu wa gatatu, itariki 24 Mutarama yabonaniye na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, I Davos mu Busuwisi aho bombi bitabiriye inama ya World Economic Forum baganira ku bintu bitandukanye birimo ikibazo cy’abimukira kimaze iminsi mu itangazamakuru kitavugwaho rumwe, aho abayobozi bombi bemeranyije ko aba bimukira bashobora koherezwa mu […]

Gakenke: Uwishe umugore we akoresheje igitiyo ku Bunani yagejejwe imbere y’urukiko

Uwitwa Nshimiyimana Damascene wo mu Karere ka Gakenke akurikiranweho icyaha cyo kuba yarishe umugore we mu ijoro rishyira ku Bunani yarangiza agahita acika akaza gufatirwa mu Mujyi wa Kigali yagejejwe imbere y’urukiko aho yakoreye icyaha atangira kuburanishwa. Ku wa 18 Mutarama 2018 mu Kagari ka Kamina , Umurenge wa Busengo ho mu Karere ka Gakenke […]

Ese Diamond na Tunda baba barateguye kuzahurira mu Rwanda?

Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania aherutse kuza mu Rwanda, aho yageze kuwa kane ushize, itariki 18 Mutarama, aje mu bikorwa bitandukanye birimo kumurika ubunyobwa asigaye akora, gusa harakekwa ko mu Rwanda yanakurikiwe n’umukobwa witwa Tunda wigeze kuvugwaho kuryamana nawe, hakibazwa niba bari bumvikanye guhurira I Kigali. Hano mu Rwanda Diamond yamuritse ku […]

Nakundaniye n’umugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore n’abana 3- NKORE IKI?

Ndi umukobwa w’imyaka 22, iwacu ni ku kamonyi narangije amaashuri yisumbuye maze imyaka 3 ndangije kwiga, njya nsoma inkuru zanyu mwandika kuri bwiza.com mugira inama abantu ;nanjye mfite ibibazo nimungire inama ,nakundanye n’umugabo twamenyaniye kuri Facebook ,yakundaga kumbwira ko ankunda kandi ko ashaka ko tuzabana ,yaje kunsaba ko duhura tukaganira ku rukundo rwacu kandi ambwira […]

Uganda: Uvuga ko yahunze Abanyarwanda kubera ko bamutumye kwica perezida Museveni akanga aranyomozwa

Ikinyamakuru Softpower kivugwaho gukora inkuru za poropaganda zigamije gusebya u Rwanda cyatangaje inkuru y’uwahoze mu nzego z’ubutasi za Uganda uvuga ko yahunze igihugu atinya kwicwa n’Abanyarwanda nyuma yo kumuha akazi ko kwica perezida Museveni ntabikore, ariko iyi nkuru nayo ubwayo ikaba yashyizwe mu rwego rwa poropaganda n’ikinyamakuru Virungapost kivuga ko itakwizerwa. Inkuru ya Softpower yavugaga […]

REBA VIDEO: Ibyiza by’umugore waciye imyeyo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Guca imyeyo cyangwa se gukuna mu kindi kinyarwanda nyacyo ni igikorwa gikorwa n’abari n’abategarugori mu rwego rwo kwikwiza ndetse bakarushaho gushimisha abagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Yishimirwa n’umugabo ku buryo budasanzwe. Bimwe mu byiza by’umugore waciye imyeyo harimo kuba bimufasha guhisha imyanya ndangabitsina ye, mbese ni aba afite umwambaro ntahore arangaye, mu gihe cy’akabariro ho […]

Umugore w’ibiro 307 aterwa ikimwaro n’umubyibuho afite- AMAFOTO

Janine Mueller ni umugore ufite ibiro 307, ubu agiye kubagwa ngo harebwe niba ibiro byagabanuka, gusa akaba atangaza ko iyo abantu bamuhanze amaso yumva ababaye ndetse anafite ikimwaro. Uyu mugore w’imyaka 54 y’amavuko, avuga ko ibiro bye byatangiye kwiyongera cyane ubwo yari afite imyaka 4 ari nabwo ababyeyi be bamwitagaho bari bamaze gupfa, mu buzima […]

Uganda: Umupolisi yakubitiwe mu kabari azize indaya arasa umuntu aramwica

Igipolisi cya Uganda muri Bushenyi cyataye muri yombi umupolisi wacyo wakoreraga kuri Kaminuza ya KIU ukurikiranweho kwica umumotari bitewe n’indaya. Nk’uko byatangajwe na komanda wa polisi muri Greater Bushenyi, Eddie Serunjoji, ngo uyu mupolisi, ASP John Rothomoi, yarashe yica uwitwa Kamadhi Barija kuri uyu wa Gatanu ushize ninjoro amurasiye kuri campus ya Kaminuza Mpuzamahanga ya […]

Micheal Carrick azasezera kuri ruhago ahite aba umwe mu batoza ba Man. Utd— Jose Mourinho

Umutoza wa Manchester United, Jose Morinho arahamya ko Kapiteni wayo, Micheal Carrick umaze imyaka 12 ayikinira, nyuma yo kubagwa kubera umutima we wateraga mu buryo budasanzwe, uyu mukinnyi azasezera kuri ruhago mu mpera z’iyi shampiyona 2018 maze akazaba umwe mu batoza ba Manchester United. Micheal Carrick yabazwe kubera ikibazo cy’umutima wakoraga mu buryo budasanzwe binamuviramo […]

Burundi: Ishyaka CNDD-FDD riranenga Agathon Rwasa, ko ari igikoresho cy’abazungu

Visi Perezida w’Inteko Nshingamategeko y’u Burundi, Agathon Rwasa aranengwa n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD, nyuma yaho ashyigikiye igitekerezo cy’uko Leta iriho yavaho hakajyaho Leta y’inzibacyuho. Mu nama yabereye i Arusha muri Tanzania ihuza Abarundi, uruhande rw’abarwanya Leta na Agathon aherereyemo rwasabye ko Leta ya Nkurunziza yavaho, hakajyaho iy’inzobacyuho, ibi iyi Leta iriho yahise ibitera utwatsi. […]

Umugore yaziritse umwana we kuri moto agenda amukurura muri kaburimbo

Umugore wo mu gihugu cy’u Bushinwa yagaragaye atwaye moto yahambiriyeho umwana we inyuma agenda amukurura muri kaburimbo ngo aramuhana. Ubwo uyu mugore yabonwaga n’abantu akurura umwana we yabanje kumuboha amaboko yose akamuzirika kuri moto iyuma, yavuze ko arimo kumuha isomo, amuhana kubera imyitwarire ye yita idahwitse. Uyu mwana muto utaratangajwe imyaka, yakururwaga mu muhanda w’i […]

Ese inzego z’iperereza za Uganda zaba zigendera ku byifuzo bya RNC mu guta Abanyarwanda muri yombi?

Abanyarwanda baba mu gihugu cya Uganda bakomeje gutabwa muri yombi ndetse ngo bagakorerwa iyicarubozo n’inzego z’iperereza za Uganda(CMI). Ababikurikiranira hafi ndetse n’itangazamakuru ryo mu gihugu cya Uganda ntibatinya kuvuga ko CMI ita muri yombi Abanyarwanda ari uko itungiwe agatoki n’abanyamuryango b’ishyaka Rwanda National Congress (RNC) ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda. Ikinyamakuru cyo muri Uganda, […]

Kampala: Miss Anita Fabiola yemeye ko atwite, uwamuteye inda aramuhisha

Mu gihe hari inkuru zari zimaze iminsi zivugwa ko Miss Anita Fabiola atwite, kuri ubu uyu mukobwa ukomoka muri Uganda yabyemeje ariko uwamuteye inda amugira ibanga. Mu kiganiro yagiranye na NBS’S Karitas, ku mugoroba yo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama 2018, Miss Fabiola yatangaje ko gutwita atari ibintu biteye isoni umuntu yatinya […]

Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo

Kenshi usanga ba bakobwa batangarirwa na benshi ko ari beza ku buranga n’ubwo nta we uba uzi uko bameze imbere ku mutima, batinda kubaka ingo, kandi ubona nta kintu babuze. Aha nka Bwiza.com twabakusanyirije bimwe mu bishobora gutuma umukobwa utangarirwa na benshi ku buranga ashobora kumara igihe kirekire yarabuze umuvana iwabo. 1.Kubatinya: Umukobwa uteye neza, […]

Umugabo yarokotse inzoka yashoboraga kumuruma ikibuno cyangwa igitsina- IFOTO

Umugabo wo mu gace ka Grenoble ko mu Bufaransa ubwo yari agiye kwituma, yatunguwe no guhita abona umutwe w’inzoka nini, uhinguka mu kenge k’aho yituma muri tuwaleti (cuvette de WC) yari agiye kwicaraho ngo yitume. Uretse no kuba yaragize amahirwe kuko iyi nzoka yari guhita imuruma ku kibuno cyangwa se ikaba yakwangiza imyanya ndangagitsina cye, […]

Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo by’abaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase

Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo by’abaturage ,Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by’abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane. Mu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye n’abayobozi b’aka karere, yavuze ko […]