Dore ibintu 5 uzirinda unyaza umugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Izi nyigisho zigenewe abubatse ingo ndetse nâabari mu nzira yo kurushinga, uyu munsi bwiza.com irakebura abagabo bakunda gutera akabariro ariko bakananyaza abagore babo, ni byiza kuko bitera umuneza ababikora, ariko bishobora no kubyara amahari ku wabikoze nabi. 1.Kunyaza umugore utateguye : Ntabwo byaguhira kuba waza uzi ko ugiye kunyaza umugore utabanje guha akanya ngo umutegure, […]
Uganda: Ambasaderi Frank Mugambage yavuye imuzi imiterere y'ibibazo biri hagati ya Uganda n'u Rwanda
Twese turaharanira ubumwe nâubufatanye atari hano gusa no hanze. Ku bwâibyo ikintu cyose kibibangamira tugifata nkâigikomeye kandi ntikigomba kwemererwa kuba. Ibi akaba ari ibyatangajwe na Ambasaderi wâu Rwanda muri Uganda mu kiganiro kirekire yagiranye nâikinyamakuru The Independent avuga ku bibazo biri hagati yâu Rwanda na Uganda. Ikibazo cya mbere yabajijwe ni ugusobanura uko kuri ubu […]
Muhanga: Abaturage bagizweho ingaruka nâibiza baranenga ubuyobozi bubaheza mu gihirahiro
Abaturage bo mu karere ka Muhanga, Umurenge wa Rongi, akagari ka Gasharu, bavuga ko ubuyobozi bwâAkarere ka Muhanga nâubwâIntara yâAmajyepfo, bwabahejeje mu gihirahiro aho kubakemurira ikibazo. Hashize imyaka 4 ikibazo cyâibiza kibaye , isuri yasenyeye abaturage, isenya inzu zabo, itwara imirima nâibindi bikorwaremezo, abayobozi batandukanye bagiye bakirebera ariko ntigishakirwe umuti byihuse, bamwe mu baturage ubu […]
Umuhanzi Bruno Mars yahigitse igihangange Jay-Z mu bihembo bibiri bikomeye muri Grammy Awards 2018
Mu ijoro ryakeye kuri iki Cyumweru itariki 28 Mutarama 2018, umuhanzi Bruno Mars yahuriyemo nâamahirwe adasanzwe ndetse uyu ukaba ari umwaka atazibagirwa ubwo yegukanaga ibihembo bibiri bikomeye muri Grammy Awards 2018. Ibirori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards byatangiye abahanzi Kendrick Lamar na Rihanna begukana igihembo cyâindirimbo ikoze neza (Best record) ya Rap kubwâindirimbo yabo […]
Perezida Nkurunziza yahagarariwe mu Nteko rusange yâabakuru bâibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe
Perezida Nkurunziza ugiye kumara imyaka itatu adasohoka mu gihugu, mu Nteko rusange yâabakuru bâibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ntabwo yahagaragaye, yohereje umuhagarariye. Ni inteko rusange yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Mutarama 2018, i Addis Ababa muri Ethiopia, inama yagaragayemo abakuru bâibihugu bihuriye muri uyu muryango, Visi Perezida wa mbere, Sindimwo […]
Umugeni yafashwe nâibisazi yikuramo imyenda ariruka- REBA AMAFOTO
Ni umugeni ukomoka mu gace ka Masaka muri Uganda, ubwo bari mu mihango yo gushyingiranwa bijyanye nâumuco wabo, yahise afatwa nâicyo ibitangazamakuru bitandukaye byise ibisazi. Impamvu itangazwa yabimuteye ngo ni uko nyirabukwe yari yanze ko umukobwa abana nâumuhungu we wâumukire cyane. Kanda hano wiyandikishe ( Subscribe) ubona ibiganiro, indirimbo kandi bishya mu mashusho Uyu mugeni […]
Bebe Cool nâumugore we Zuena mu byishimo byâimyaka 16 bamaranye mu rukundo
Umuhanzi wo muri Uganda, Bebe Cool nâumugore we Zuena, barishimira imyaka 16 bamaze babana nkâumugabo nâumugore, ubu bakaba bashima Imana yabahaye nâurubyaro. Zuena agira ati âmu myaka 16 ishize nibwo nahuye nâuyu mugabo nita umugabo wanjye, akaba na papa wâabana banjye, twabanye mu bihe byiza nâibikomeye ariko tukabibanamo twembi, Imana yaduhaye umugisha wâabana beza batandatu […]
Ndi umugore mwiza kandi mfite amafaranga, umugabo wanjye anta mu rugo akajya gusambana nâabandi bagore- NKORE IKI?
Mbanje kubaramutsa, imyaka yanjye ni 29 mfite abana babiri, umukuru afite imyaka 5 ni umuhungu, ku bwanjye navuga ko ndi mwiza, ntacyo mbuze, urugo rwacu mbona ntacyo rubuze uretse urukundo gusa, nabwo sinzi aho umugabo aruburira. Mu byâukuri bakunzi bacu bo kuri bwiza.com, njye mfite akazi njyaho mu gitondo nkataha 18:30 nakererwa nkataha saa moya, […]
Uganda: Umugore yafatanwe igikapu gipakiyemo intwaro zitandukanye za gisirikare
Polisi ya Uganda ikorera ku mupaka wa Elegu uherereye muri district ya Arua, mupaka wa Uganda na Sudani yâEpfo, yafashe umugore wari ufite imbunda ebyiri nâamasasu menshi ndetse nâizindi ntwaro za gisirikare, yashakaga kwinjirana ku butaka bwa Uganda avuye muri Sudan y’Epfo. Ku wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama 2018, nibwo  Flavia Akech wâimyaka 42 […]
Lionel Messi yavuze ko kugenda kwa Neymar ntacyo byahungabanyije ku ikipe FC Barcelona
Lionel Messi, rutahizamu w’ikipe FC Barcelona atangaza ko kuba Neymar yarayivuyemo akerekeza muri PSG nta cyuho yasize; ahubwo ko biyubatse neza imbere. Mu kiganiro yagiranye na Worldsoccer yagize ati ” Ukugenda kwa Neymar byahinduye uburyo bw’imikinire; uhu turi ingabo nziza mu kibuga hagati; duhagaze neza nta gihunga; ibi nabyo bituma n’inyuma dukomera”. Neymar yaguzwe miliyoni […]
Umubano wa Wema Sepetu na Idriss Sultan ukomeje gutera benshi urujijo
Miss Tanzania Wema Sepetu nâumusore Idriss Sultan, bari baratangaje ko batakiri mu rukundo, ariko amagambo bakomeje kwandikirana atuma benshi babibazaho ko urukundo rwabo rwaba rwongeye gutera imizi. Muri uku kwezi nibwo Idris yashyize ifoto ye ku rukuta rwe rwa Instagram, abantu banshi bagiye bayikunda bakayishyiraho LIKE, muri abo na Wema Sepetu yagaragayemo ndetse nyuma anashyiraho […]
Ikibazo cyâiterabwoba Perezida Kagame akibona nkâicyakemuka ngo nâubwo gikomeye
Mu nama yâAkanama kâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Gashinzwe Amahoro nâUmutekano, yabereye i Addis Ababa muri Ethiopie ku wa Gatandatu tariki ya 27 Mutarama 2018, yibanze cyane ku kibazo cyâiterabwoba, Perezida Kagame yakigarutseho avuga ko nâubwo kugikemura bigoranye ariko bishoboka. Perezida Kagame avuga ko muri Afurika hagaragara impamvu zâiterabwoba kandi na none hakaba nâizindi zituruka […]
Muhanga: Yagwiriwe n'ikirombe arapfa ubwo yari agiye gucukura mu uburyo butemewe
Habukubaho Francois Xavier wari ufite imyaka 18 yâamavuko, yagwiriwe nâikirombe ahita yitaba Imana ku manywa yo ku italiki ya 25 Mutarama 2018. Ibi bikaba byabereye mu kagari ka Butare , umurenge wa Kabacuzi, ho mu karere ka Muhanga, akaba yari atuye mu kagari ka Giko, umurenge wa Kayumbu mu karere ka Kamonyi , bivugwa ko […]
Nyanza: Abaturage barasabwa kwishyura ubwisungane vuba
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Mutarama 2017, abaturage ba Karere ka Nyanza basobanuriwe intwari icyo aricyo banakangurirwa kugumya kwihutisha gahunda yo kwishyura ubwisungane mu kwivuza (Mituel de santĂ©). Ni mu muganda umuganda usoza ukwezi kwa Mutarama/2018 ku rwego rw’Akarere ka Nyanza wabereye mu murenge wa Muyira mu Kagari ka Nyundo. Umuganda witabiriwe n’abaturage,inzego […]
VIDEO: Arasobanura impamvu umugore ashobora kutazana amavangingo mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina, umugore ashobora kuzana amavangingo, mu yindi mvugo ni âukunyara ku mugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina, ariko na none hari abatayazana bitewe nâimpamvu runaka. Uyu mugore (uvuga muri video) arasobanura impamvu zitandukanye zishobora kubuza ayo mavangingo kuza kimwe n’uko ashobora kugufasha akaza. Ati âUmugore ashobora kuzana amavangingo iyo adafite inkomyi ituma ayazana, […]
Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero
Mu ijoro ryo ku wa kane tariki ya 25 Mutarama 2018, mu rugo rwa Gen Masunzu Pacific, wo mu gisirikare cya Congo (FARDC), hagabwe igitero nâabantu bari bitwaje intwaro. Urugo rwa Gen Masunzu rwagabweho igitero nâabantu bari bitwaje intwaro, ruherereye muri Kiziba, mu Minembwe, muri Kivu yâAmajyepfo. Amakuru atangazwa nâikinyamakuru imurenge, avuga ko humvikanye urusaku […]
Kwizera M.Claire uhanura muri ADEPR, aremera ko ararana n'abagabo muri Lodge bishimisha
Kwizera Marie Claire, umugore wa Pasiteri Hakizimana Stephen, benshi bazi nkâumuhanuzi muri itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR), aremera ko ibyo umugabo we amuvugaho byo kurara muri za lodge ari kumwe nâabandi bagabo ari byo. Kugeza magingo aya, uyu mugore ntabwo abana nâumugabo we nyuma yâamakimbirane bagiranye hagati yabo amaze imyaka. Umwaka ushize nibwo Pasiteri […]
2018 ni umwaka wo guhesha agaciro abamotari- RURA
Umuyobozi w’ikigo cy ‘ibikorwa bifitiye igihugu  akamaro ( RURA ), yatangaje ko umwaka wa 2018, ari uwo guhesha agaciro abakora umwuga wâubumotari, zimwe mu mvune bagiriraga mu kazi kabo zikagabanuka ndetse hakabaho uguhana neza sirivisi hagati ye nâumugenzi. Umuyobozi wa RURA, Maj. Nyirishema Patrick, ibi yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 26 […]
Uganda: Dr Nyanzi ahamya ko abagabo bamusaba urukundo baba bamushakaho igitsina gusa
Dr Stella Nyanzi wo muri Uganda, yatangaje ko abagabo bamugeraho bamubwira ko bamukunda ari benshi, ariko ngo ahanini baba bagenzwa no kumwaka igitsina. Uyu mugore uvuga ko muri we atiyumvamo urukundo rwâabagabo, yagize ati âBaraza banyizeza urukundo, gusa bose baba bashako gusambana na njye gusaâ. Dr Nyanzi ngo hashize igihe kirekire yaratandukanye nâumugabo we babyaranye […]
#Kamonyi: Umuturage yatsinze urubanza mu myaka itatu ishize ariko ntirurarangizwa
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musambira, Akarere ka Kamonyi, bavuga ko baburana imanza bakazitsinda ndetse baranazitanzeho amafaranga menshi ariko bakababazwa nâuko zitarangizwa. Uyu muturage agaragariza Urwego rwâ Umuvunyi, nâ ubuyobozi muri aka karere ikibazo cyâ urubanza yatsinze, ariko rumaze hafi imyaka 3 rutarangizwa. Iki kibazo cyo gutinda kurangirizwa imanza, ngo hari nâabandi bagihuriyeho […]
Perezida Donald Trump yasabwe gusimbura Arsene Wenger ku butoza bwâikipe ya Arsenal
Ubwo umunyamakuru wo mu Bwongereza yagiranaga ikiganiro cyihariye na Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamusabye gusimbura Arsene Wenger ku butoza bwâikipe ya Arsenal. Umunyamakuru, Piers Morgan, umaze igihe kirekire asaba Arsene Wenger gusezera ku butoza bwa Arsenal, yasabye Trump kuzamusimbura avuga ko Wenger gutoza ikipe akayishyira ku rwego rwiza rubasha gutwara […]
Ibyo perezida Trump aherutse kuvuga kuri Afurika ntibyigeze bigarukwaho mu biganiro na perezida Kagame
Perezida Donald Trump yagiranye na perezida Kagame ibiganiro byari bimaze iminsi byitezweho ko perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika azasabiramo imbabazi ku magambo aherutse gukoresha agereranya ibihugu bya Afurika nâimisarane, ariko iki kikaba kitakomojweho. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Mutarama 2018 nibwo, perezida Paul Kagame na mugenzi we, Donald Trump wa Leta Zunze […]
Ibintu bitangaje utaruzi ku gitsina gabo
Buri kiremwa muntu gifite uburyo kibayeho ndetse hari nâibikigize bigiye bitandukanye kuri iyi ncuro tugiye kurebera hamwe imiterere yâigitsina cyâabagabo benshi batari basonukiwe. Imiterere yâibitsina byâabagabo iratandukanye, bamwe bagira ibitsina bito bibyibuha bikanikwedura mu gihe bagize ubushake bwo gukora imibonanano mpuzabistina gusa, naho abandi bakagira ibinini bitiyongera nâigihe bagize ubushake bwâimibonano mpuzabitsina. Igitsina cyâumugabo cyazanye […]
José Mourinho yongerewe amasezerano yo gutoza Manchester United kugeza mu 2020
Ku wa Kane tariki ya 25 Mutarama 2018, nibwo ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza yongereye amasezerano umutoza wayo, JosĂ© Mourinho yo kugeza mu 2020. Jose Mourinho, umunya- Politigali wâimyaka 55 yâamavuko, yongerewe amasezerano mu gihe yari agiye kumara imyaka ibiri ayitoza. Ubwo yari amaze gushyira umukono ku masezerano, Mourinho yatangaje ko gutoza Man. […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Diamond na Rick Ross nyuma yâigihe gito bakoranye indirimbo
Umuraperi mpuzamahanga wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Rick Ross, aravugwaho gusiba ku rukuta rwe rwa instagram amafoto yose yâumuhanzi, Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania baherutse gukorana indirimbo. Rick Ross akaba yari afite amafoto menshi ya Diamond ku rukuta rwe nka ambasaderi bahuriye ku kwamamaza ikinyobwa cya Belaire. Mu mpera zâumwaka ushize […]
Ababyeyi bâinshuti yanjye ntibanshaka, banyita indaya, ngo nambara utujipo tugufi, haburaga amezi 3 ngo tubane- NKORE IKI?
Ndagisha inama hano kuri bwiza.com, ku bwanjye mfite ikibazo numva kindemereye cyane, kuko hari ibintu nawe wumva ugasanga ntaho bihuriye nâurukundo. Abasore bâiki gihe sinzi pe, uwo twendaga kurushinga ubu yahinduye imvugo, ngo ntabwo umuryango unshaka, ngo bambonye nambaye akajipo kagufi. Nagerageje kumusobanurira ko imyambarire ntaho ihuriye nâumutima wâumuntu, ndetse nanamusobanurira ko biterwa naho ngiye […]
Umuhanda wâi New York ugiye kwitirirwa umunyafurika wâumunyabigwi
Umuhanda uri i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gace ka Bronx , ugiye kwitirirwa umunya Ghana wakoze igikorwa cyâubutwari. Emmanuel Mensah, ni umunya Ghana, wapfuye ku wa 28 Ukuboza 2017, ubwo yageragezaga gutabara abaturage ubwo inzu barimo yari yafashwe nâinkongi yâumuriro. Ubwo inzu yari yafashe nâinkongo yâumuriro, Emmanuel Mensah ngo yatanze […]
Isaha ndangamperuka (Doomsday Clock) kuri ubu iragaragaza ko habura iminota ibiri
Isaha ndangamperuka yâisi (Doomsday Clock) kuri ubu iragaragaza ko habura iminota ibiri ngo saa sita zâijoro (ari nayo mperuka yâisi) zigere mu gihe Isi ikomeje gusatira irangira ryayo. Iyi saha yiswe mu Cyongereza Doomsday Clock igaragaza uko Isi yugarijwe nâirimbuka ryayo yegerejwe hafi ya saa sita zâijoro bitewe nâumwaka ushize hagaragara umwuka mubi ushobora kubyara […]
Umugabo wâimyaka 50 yarongoreye rimwe abagore batatu
Mohammed Ssemanda wâimyaka 50 yâamavuko, yakoze ubukwe nâabagore batatu, avuga ko yabikoze kubera ko nta bushobozi yari afite bwo kuzakora ubukwe inshuro eshatu mu gihe bose abemera nkâabagore be. Uyu mugabo usengera mu idini ya Islam, yagize ati âNashyingiranwe nâabagore banjye batatu umunsi umwe kuko nta mafaranga ahagije nari mfite yo gutegura ubukwe inshuro 3 […]
Burundi: Abaturage bahangayikishijwe nâimyitozo ya gisirikare Imbonerakure ziri guha abana bâabanyeshuri
Abana bâabanyeshuri bo muri Zone ya Kigoma, Komini Bugabira mu Ntara ya Kirundo mu gihugu cyâu Burundi, ngo batangiye guhabwa imyitozo ya gisirikare nâImbonerakure. Amakuru aturuka aha akaba avuga ko aba bana bari gutozwa nâImbonerakure zo muri iyi zone zihagarikiwe nâumwe mu barium mu ishuri ribanza rya Bambu. Abaturage bo muri aka gace bakaba bafite […]
Gisagara: Bahangayikishijwe nâinzu zabo zangijwe nâimashini zikoreshwa ahazubakwa uruganda
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gisagara, umurenge wa Mamba batuye impande zâahubatswe amazu azaturwamo nâ abakozi bazakora mu ruganda rutunganya nyiramugengeri ruyibyazamo ingufu zâumuriro wâamashanyarazi, baravuga ko imashini zitsindagira zakoreshejwe mu iyubakwa ryâaya mazu yâabakozi zabangirije ayabo basanzwe batuyemo. Aya mazu yâaba bakozi yubatse iruhande rwâigishanga cyâakanyaru ku gice cya ruguru ariko kandi […]
RDF yongeye gufungura amarembo ku bifuza kwinjira mu gisirikare
Igisirikare cyâu Rwanda kirahamagarira abasore nâinkumi bâAbanyarwanda bifuza kukinjiramo gutangira kwiyandikisha mu turere twabo guhera ku itariki ya 01 kugeza kuwa 26 Gashyantare. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâubuyobozi bwâingabo zâu Rwanda rikaba rigaragaza ibyiciro abifuza kwinjira mu ngabo zâu Rwanda bakwiyandikishamo hakurikijwe imyaka, amashuri nâubumenyi bafite. Icyiciro cya mbere kigizwe nâabaziyandikisha bifuza kuba abasirikare bato, icya […]
Diamond, umusore ukunzwe cyane, ubu urimo kurwana urugamba rwâabagore 5- REBA AMAFOTO
Diamond Platnumz ni umuhanzi wo muri Tanzania, wâimyaka 28 yâamavuko ukomoka mu gihugu cya Tanzania, mu rugendo rwe rwa muzika ubu umuntu yavuga ko ruhagaze neza mu ruhando mpuzamahanga, uyu musore ni nako avugwaho gukunda cyane abagore. Diamond na we ubwe ntahakana ko adakunda abagore, ubwo yari i Kigali mu Rwanda yabajijwe impamvu akunda abagore […]
Nyarugenge: Abanyerondo bâumwuga basoje amahugurwa yâiminsi itatu, basabwa kongera ubunyamwuga
Abanyerondo bâumwuga basaga 169 baturutse mu tugari twose tugize Umurenge wa Nyarugenge basoje amahugurwa yâiminsi itatu yaberaga mu cyumba mbera byombi cyâuyu murenge yatangiye kuwa 24 Mutarama 2018 agamije kongera ubunyamwuga,imikorere inoze no kwikura mu bukene ku bakora uyu mwuga mu rwego rwo guhashya ibyaha birimo ikoreshwa ryâibiyobyabwenge mu rubyiruko, ubujura, urugomo, ruswa nâibindi byaha […]
Nyuma yo gusezererwa muri CHAN2018, Antoine Hey yasezeye kukazi
Umutoza wâikipe yâigihugu Amavubi Antoine Hey yagejeje ubusabe bwe kuri federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ko bahagarika abasezerano bari bafitanye kugeza federasiyo ibonye undi muyobizi akaba ari we wakwemeza ko agomba kongerwa amasezerano cyangwa yayimwa. Â FERWAFA yemeje ibyaya makuru ibinyujije kurubuga rwayo rwa twitter yemejeko umutoza mukuru wâikipe yâigihugu Antoine Hey yasezeye ku […]
Uko Ariel Sharon yigeze gutegeka guhanura indege ya gisivili bikanzemo Yasser Arafat
Ubwo yari minisitiri wâingabo wa Israel, Ariel Sharon, wanabaye Minisitiri wâIntebe wa Israel, yigeze gutegeka igisirikare cya Israel guhanura indege ya gisivili yari irimo abagenzi mu gihe byari kwemezwa neza ko irimo Yasser Arafat wahoze ari umuyobozi wa Palestine. Ibi bikaba byarabaye mu 1982 ubwo iyo ndege yari itwaye Abana bâAbanya- Palestina 30 bâinkomere bari […]
Yatashye mu rugo rwâabandi yasinze azi ko ari iwe yica nyirarwo azi ko ari umujura
Umugabo yahamagaye igipolisi akimenyesha ko hari umujura winjiye iwe nyuma bigaragara ko ari we winjiye mu rugo rwâabandi yasinze azi ko ari we ahubwo akica nyirâurugo azi ko ari umujura wari wamuteye. Uyu mugabo wâimyaka 43 witwa Micheal G. Augustine wâahitwa Rayton muri Missouri, ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye igipolisi agisaba kwihutira […]
Diamond yitabiriye umuhango wogushyingura umufana we wazize impanuka
Diamond yitabiriye umuhango wogushyingura umufana we witabye imana Diamond Platnumz ukunze gutazirwa Simba hari hashize iminsi 3 avuye mu Rwanda mu ruzindiko yahagiriye rwâakazi gusa akimara kugera iwabo muri tanzaniya yakirijwe inkuru yâincamugongo yâurupfu rwâabafana be babiri bari mubakomeye bamufasha mubuzima bwaburi munsi mu muziki we. Ibyâurupfu rwaba bafana byamenyekanye mu ijoro ryo 21 Mutarama […]
Davos: Perezida Kagame yitezweho gusaba perezida Trump gusaba Abanyafurika imbabazi
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitezweho kuza gusabira imbabazi amagambo yavuze yita ibihugu bya Afurika imisarane ubwo aza kuba agirana ibiganiro na perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, umuyobozi rukumbi muri Afurika Trump yifuje kuganira nawe mu nama ya World Ecomomic Forum I Davos mu Busuwisi. Mu nama ya WEF 2018 perezida […]
Oprah Uwoya utwite, nyina ntiyemera Dogo Janja nkâumukwe we
Oprah Uwoya kuri ubu utwite inda yâumuraperi wo muri tanzaniya Dogo Janja yatunguwe na nyina uvuga ko uwo Dogo Janja atamuzi uwo azi ari katawuki uherutse kwitaba imana nyamara magingo aya Oprah yarahise ashaka undi mugabo kugeza ubu utaremerwa na nyina. Kuva Ndikumana Katauti yitabiye imana umwka ushize nyina wa UwoyaNaima Uwoya ntiyahwemye kugaragaza ko […]
Perezida Kagame na Minisitiri wâIntebe wa Israel baganiriye ku kibazo cyâabimukira kimaze iminsi kivugwa
Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu kuri uyu wa gatatu, itariki 24 Mutarama yabonaniye na perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, I Davos mu Busuwisi aho bombi bitabiriye inama ya World Economic Forum baganira ku bintu bitandukanye birimo ikibazo cyâabimukira kimaze iminsi mu itangazamakuru kitavugwaho rumwe, aho abayobozi bombi bemeranyije ko aba bimukira bashobora koherezwa mu […]
Gakenke: Uwishe umugore we akoresheje igitiyo ku Bunani yagejejwe imbere yâurukiko
Uwitwa Nshimiyimana Damascene wo mu Karere ka Gakenke akurikiranweho icyaha cyo kuba yarishe umugore we mu ijoro rishyira ku Bunani yarangiza agahita acika akaza gufatirwa mu Mujyi wa Kigali yagejejwe imbere y’urukiko aho yakoreye icyaha atangira kuburanishwa. Ku wa 18 Mutarama 2018 mu Kagari ka Kamina , Umurenge wa Busengo ho mu Karere ka Gakenke […]
Ese Diamond na Tunda baba barateguye kuzahurira mu Rwanda?
Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania aherutse kuza mu Rwanda, aho yageze kuwa kane ushize, itariki 18 Mutarama, aje mu bikorwa bitandukanye birimo kumurika ubunyobwa asigaye akora, gusa harakekwa ko mu Rwanda yanakurikiwe nâumukobwa witwa Tunda wigeze kuvugwaho kuryamana nawe, hakibazwa niba bari bumvikanye guhurira I Kigali. Hano mu Rwanda Diamond yamuritse ku […]
Nakundaniye nâumugabo kuri Facebook antera inda nzi ko tuzabana, nasanze afite umugore nâabana 3- NKORE IKI?
Ndi umukobwa wâimyaka 22, iwacu ni ku kamonyi narangije amaashuri yisumbuye maze imyaka 3 ndangije kwiga, njya nsoma inkuru zanyu mwandika kuri bwiza.com mugira inama abantu ;nanjye mfite ibibazo nimungire inama ,nakundanye nâumugabo twamenyaniye kuri Facebook ,yakundaga kumbwira ko ankunda kandi ko ashaka ko tuzabana ,yaje kunsaba ko duhura tukaganira ku rukundo rwacu kandi ambwira […]
Uganda: Uvuga ko yahunze Abanyarwanda kubera ko bamutumye kwica perezida Museveni akanga aranyomozwa
Ikinyamakuru Softpower kivugwaho gukora inkuru za poropaganda zigamije gusebya u Rwanda cyatangaje inkuru yâuwahoze mu nzego zâubutasi za Uganda uvuga ko yahunze igihugu atinya kwicwa nâAbanyarwanda nyuma yo kumuha akazi ko kwica perezida Museveni ntabikore, ariko iyi nkuru nayo ubwayo ikaba yashyizwe mu rwego rwa poropaganda nâikinyamakuru Virungapost kivuga ko itakwizerwa. Inkuru ya Softpower yavugaga […]
REBA VIDEO: Ibyiza byâumugore waciye imyeyo mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Guca imyeyo cyangwa se gukuna mu kindi kinyarwanda nyacyo ni igikorwa gikorwa nâabari n’abategarugori mu rwego rwo kwikwiza ndetse bakarushaho gushimisha abagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Yishimirwa nâumugabo ku buryo budasanzwe. Bimwe mu byiza byâumugore waciye imyeyo harimo kuba bimufasha guhisha imyanya ndangabitsina ye, mbese ni aba afite umwambaro ntahore arangaye, mu gihe cy’akabariro ho […]
Israel: Abimukira bava muri Eritrea bateguye imyigaragambyo ikomeye imbere ya Ambasade yâu Rwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cya Israel aravuga ko abayobozi batangiye kubwira abasaba ubuhungiro muri iki gihugu bafungiye mu kigo kizwi nka Holot ko bagomba kuhava bakajya mu Rwanda bitaba ibyo bakazajyanwa muri gereza ya Saharonim bazafungirwa ubuziraherezo, aho aba bimukira kuri uyu wa Mbere bateguye imyigaragambyo imbere ya Ambasade yâu Rwanda bamagana koherezwa mu Rwanda. […]
Umugore wâibiro 307 aterwa ikimwaro nâumubyibuho afite- AMAFOTO
Janine Mueller ni umugore ufite ibiro 307, ubu agiye kubagwa ngo harebwe niba ibiro byagabanuka, gusa akaba atangaza ko iyo abantu bamuhanze amaso yumva ababaye ndetse anafite ikimwaro. Uyu mugore wâimyaka 54 yâamavuko, avuga ko ibiro bye byatangiye kwiyongera cyane ubwo yari afite imyaka 4 ari nabwo ababyeyi be bamwitagaho bari bamaze gupfa, mu buzima […]
Uganda: Umupolisi yakubitiwe mu kabari azize indaya arasa umuntu aramwica
Igipolisi cya Uganda muri Bushenyi cyataye muri yombi umupolisi wacyo wakoreraga kuri Kaminuza ya KIU ukurikiranweho kwica umumotari bitewe nâindaya. Nkâuko byatangajwe na komanda wa polisi muri Greater Bushenyi, Eddie Serunjoji, ngo uyu mupolisi, ASP John Rothomoi, yarashe yica uwitwa Kamadhi Barija kuri uyu wa Gatanu ushize ninjoro amurasiye kuri campus ya Kaminuza Mpuzamahanga ya […]
Micheal Carrick azasezera kuri ruhago ahite aba umwe mu batoza ba Man. Utdâ Jose Mourinho
Umutoza wa Manchester United, Jose Morinho arahamya ko Kapiteni wayo, Micheal Carrick umaze imyaka 12 ayikinira, nyuma yo kubagwa kubera umutima we wateraga mu buryo budasanzwe, uyu mukinnyi azasezera kuri ruhago mu mpera zâiyi shampiyona 2018 maze akazaba umwe mu batoza ba Manchester United. Micheal Carrick yabazwe kubera ikibazo cyâumutima wakoraga mu buryo budasanzwe binamuviramo […]
Burundi: Ishyaka CNDD-FDD riranenga Agathon Rwasa, ko ari igikoresho cyâabazungu
Visi Perezida wâInteko Nshingamategeko yâu Burundi, Agathon Rwasa aranengwa nâishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD, nyuma yaho ashyigikiye igitekerezo cyâuko Leta iriho yavaho hakajyaho Leta yâinzibacyuho. Mu nama yabereye i Arusha muri Tanzania ihuza Abarundi, uruhande rwâabarwanya Leta na Agathon aherereyemo rwasabye ko Leta ya Nkurunziza yavaho, hakajyaho iyâinzobacyuho, ibi iyi Leta iriho yahise ibitera utwatsi. […]
Umunyarwanda, Areruya Joseph yegukanye irushanwa ââLa Tropicale Amissa Bongo2018ââ
Umunyarwanda Areruya Joseph wegukanye Tour du Rwanda 2017, akoze amateka nkâumukinnyi wa mbere ukinira ikipe yo muri Africa wegukanye irushanwa rikomeye kurusha andi yose akinirwa muri Afurika riri kuri 2.1 « La Tropicale Amissa Bongo 2018 » Nyuma yâuko bagenzi be babiri Valens Ndayisenga na Bonavanture Uwizeyimana bakoze impanuka ku gake ka 5 bagakurwa mu […]
Umugore yaziritse umwana we kuri moto agenda amukurura muri kaburimbo
Umugore wo mu gihugu cyâu Bushinwa yagaragaye atwaye moto yahambiriyeho umwana we inyuma agenda amukurura muri kaburimbo ngo aramuhana. Ubwo uyu mugore yabonwaga nâabantu akurura umwana we yabanje kumuboha amaboko yose akamuzirika kuri moto iyuma, yavuze ko arimo kumuha isomo, amuhana kubera imyitwarire ye yita idahwitse. Uyu mwana muto utaratangajwe imyaka, yakururwaga mu muhanda wâi […]
Ese inzego zâiperereza za Uganda zaba zigendera ku byifuzo bya RNC mu guta Abanyarwanda muri yombi?
Abanyarwanda baba mu gihugu cya Uganda bakomeje gutabwa muri yombi ndetse ngo bagakorerwa iyicarubozo nâinzego zâiperereza za Uganda(CMI). Ababikurikiranira hafi ndetse nâitangazamakuru ryo mu gihugu cya Uganda ntibatinya kuvuga ko CMI ita muri yombi Abanyarwanda ari uko itungiwe agatoki nâabanyamuryango bâishyaka Rwanda National Congress (RNC) ritavuga rumwe na Leta yâu Rwanda. Ikinyamakuru cyo muri Uganda, […]
Kampala: Miss Anita Fabiola yemeye ko atwite, uwamuteye inda aramuhisha
Mu gihe hari inkuru zari zimaze iminsi zivugwa ko Miss Anita Fabiola atwite, kuri ubu uyu mukobwa ukomoka muri Uganda yabyemeje ariko uwamuteye inda amugira ibanga. Mu kiganiro yagiranye na NBSâS Karitas, ku mugoroba yo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama 2018, Miss Fabiola yatangaje ko gutwita atari ibintu biteye isoni umuntu yatinya […]
Imirwano hagati yâingabo za Congo (FARDC) nâinyeshyamba zo muri Uganda (ADF) yaguyemo bane
Umuvugizi wâingabo za Congo ziri mu bikorwa byo kugaba ibitero ku nyeshyamba za ADF/Nalu zikomoka muri Uganda, capt. Mak Hazukay yatangaje ko imirwano yabahuje nâizi nyeshyamba yaguyemo bane. Radiyo Okapi itangaza ko imirwano yabereye mu gace ka Parikingi na Abialos, muri teritwari ya Beni ho muri Kivu ya Ruguru ku wa 18 Mutarama 2017. Capitaine […]
Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo
Kenshi usanga ba bakobwa batangarirwa na benshi ko ari beza ku buranga n’ubwo nta we uba uzi uko bameze imbere ku mutima, batinda kubaka ingo, kandi ubona nta kintu babuze. Aha nka Bwiza.com twabakusanyirije bimwe mu bishobora gutuma umukobwa utangarirwa na benshi ku buranga ashobora kumara igihe kirekire yarabuze umuvana iwabo. 1.Kubatinya: Umukobwa uteye neza, […]
Umugabo yarokotse inzoka yashoboraga kumuruma ikibuno cyangwa igitsina- IFOTO
Umugabo wo mu gace ka Grenoble ko mu Bufaransa ubwo yari agiye kwituma, yatunguwe no guhita abona umutwe wâinzoka nini, uhinguka mu kenge kâaho yituma muri tuwaleti (cuvette de WC) yari agiye kwicaraho ngo yitume. Uretse no kuba yaragize amahirwe kuko iyi nzoka yari guhita imuruma ku kibuno cyangwa se ikaba yakwangiza imyanya ndangagitsina cye, […]
Umuyobozi mwiza ni ucyemura ibibazo byâabaturage, akanabishakira ibisubizo- Murekezi Anastase
Ubwo yasuraga akarere ka Ruhango, ku wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2018, mu rwego rwo gucyemura ibibazo byâabaturage ,Umuvunyi mukuru, Anastase Murekezi,yibukije abayobozi bo muri aka karere, ko ishema ryabo ryagombye iryo gucyemura ibibazo by’abaturage ku gihe batagombye kubitinza ngo bihinduke ibirarane. Mu biganiro Umuvunyi mukuru Anastase Murekezi yagiranye nâabayobozi bâaka karere, yavuze ko […]
Desire Luzinda uzwiho amafoto yâurukozasoni, ubu ntiyorohewe nâumugabo uvuga ko babyaranye
Iyo uvuze izina Desire Luzinda, benshi bahita bibuka amafoto ye yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa, gusa kuri ubu inkuru irimo kumuvugwaho ni iyâumugabo ukomeje kumwaka umwana avuga ko babyaranye. Juma Seiko, ni umugabo uhamya ko yaryamanye na Desire Luzinda ndetse banabyarana umwana wâumukobwa, akaba asaba Luzinda kumumuha, mu gihe we ahamya ko atigeze aryamana […]