Burera/Musanze: Abari batunzwe n' ubucuruzi bw' ibirayi bakomeje gutakamba

Nyuma yaho minisiteri y’ ubucuruzi isabiye abahinzi b’ ibirayi kwibumbira mu makoperative ndetse ikanabizeza ko  igiye kubashakira amasoko ku giciro cyo hejuru abaturage batangaza ko akababaro n’ ubukene ari byose. Mu kiganiro n’ Ijwi rya Amerika, abaturage bo mu Karere ka Burera bari basanzwe batunzwe n’ ubuhinzi ndetse n’ ubucuruzi bw’ ibirayi bavuga ko  batewe […]

Maze gusobanukirwa ugukomera kw' Imana nahisemo kuyiramya gusa-Sam Muvunyi

Nyuma y’ ubuhamya burebure bwaranze ubuzima bw’ uyu muhanzi  Sam Muvunyi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana asanga nta kindi umuntu wese utekereza neza yakora usibye kuramya Umuremyi. Ati” Maze kubona ko gukomera kw’ Imana gukaze kandi gufite agaciro gakomeye nsanga nta kindi nakora usibye kuyiramya”. Aha, Sam Muvunyi yadusobanuriye ko agendeye ku buhamya […]

Urugero twasigiwe n’ intwari ruduha imbaraga n’icyerekezo bitubereye-Paul Kagame

Iyi ntero yashimangiwe mu ijambo, Perezida Kagame yageneye abanyarwanda kuri uyu munsi w’ intwari abasaba ko barebera ku ndangaciro zaranze intwari z’igihugu bityo ‘urugero badusigiye rukaduha imbaraga n’icyerekezo bitubereye.’ Ku nshuro ya 24 ,  Perezida Paul Kagame yunamiye intwari z’igihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo giherereye mu Mujyi wa Kigali i Remera mu gihe hibukwa […]

Umunyamakuru Andrew Mwenda yatumiye Perezida Kagame na Museveni mu isabukuru ya nyina

Bimaze kwemezwa ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni azitabira ubutumire bw’  umunyamakuru Andrew Mwenda mu muhango wo kwizihiza isabukuru ya 83 y’  amavuko ya nyina umubyara kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantantare 2018. Perezida Museveni azitabira uyu muhango uzabera mu Karere ka Fort Portal mu Burengerazuba bwa Uganda ku mupaka wa Congo-Kinshasa. […]

Hasotse inyandiko zigaragaza uruhare rw’ umucanshuro Bob Denard muri jenoside yakorewe Abatutsi

Inyandiko zigaragaza imikoranire hagati y’ umucanshuro kaburihawe w’ umufaransa Bob Denard na Guverinoma y’ abatabazi yashyize mu bikorwa jenoside mu Rwanda zatangiye kujya hanze. Zimwe muri izi nyandiko zitandukanye zagaragajwe, n’ umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu , Survie zishimangira ko uyu mucanshuro w’ umufaransa yakoranaga n’ abajenosideri mu buryo butandukanye. Inyandiko ya mbere ishinja Bob […]

Kuki Perezida Joseph Kabila atifuza ko Etienne Tshisekedi ashyingurwa mu gihugu ?

Abatavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Perezida wa Congo-Kinshasa ,Joseph Kabila bavuga yahanuriwe ko  Etienne Tshiskedi aramutse ashinguwe mu gihugu atazarara ku butegetsi. Muri Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo ndetse no mu mahanga bakomeje kwibaza  impamvu Etienne Tshisekedi wapfuye kuva ku itariki ya 1 Gashyantare 2017  atarashyingurwa mu gihe umurambo we uheze i Bruxelles mu Bubiligi. […]

Umugore w’ ibiro 308 yabashije kugenda nyuma y’ imyaka 4 atabasha guhaguruka aho yicaye – REBA AMAFOTO

Chitoka Light, umugore w’imyaka 49 y’amavuko, wo muri Georgia, yakoze ibirori atumira inshuti ze ngo azereke ko yabashije guhaguruka nyuma y’imyaka ine atabibasha. Ikinyamakuru DM, bwiza.com ikesha iyi nkuru, ngo mu myaka ine ishize ngo nibwo Chitoka yananiwe kubasha gutambuka kubera ibiro bye byari byamubanye byinshi yatambuka akababara. Uyu mugore yabaga mu nzu, ku gitanda […]

Dr Kabilima wahamijwe ibyaha bya jenoside yagabanyirijwe igihano

Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa gatatu rwagabanyije igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyahawe Dr Jean Damascene Kabilima, wari ukurikiranweho uruhare muri jenoside, rukigeza ku myaka 25 y’igifungo. Dr kabilima akaba yari yajuririye igihano yahawe cyo gufungwa burundu yari yakatiwe n’Urukiko rwa Nyamagabe mu mwaka ushize. Ubushinjacyaha bwamushinjaga ibyaha bya jenoside, ubwicanyi, gukangurira abandi […]

Abasifuzi b’Abanyarwanda bazahagarikira umukino wa Confederation Cup mu Burundi

Umukino w’umupira w’amaguru uzahuza ikipe ya Olmpique Stars yo mu Burundi na Etoile Filante yo muri Burkina Faso mu mikino ya mbere ya Confederation Cup uzaba uhagarikiwe n’abasifuzi bazaturuka mu Rwanda. Ni umukino uteganyijwe kuwa 10 Gashyantare 2018 uzabera ku kibuga cyitiriwe Igikomangoma Louis Rwagasore, aho ku nshuro ya mbere abakinnyi ba Olympique Star bazaba […]

Ndagumiwe, mpeze iwacu kubera Papa usaba inkwano za Miliyoni n’igice, nkundana n’abasore akabaca intege abita abatindi- NKORE IKI?

Ndagisha inama,  papa wanjye atumye mpera iwacu, arashaka ibya mirenge kandi mbona atazabibona, arashaka inkwano zihenze kuri njye, nabuze icyo nakora. Iwacu navutse ndi umukobwa umwe, mu bahunda batatu, narize amashuli yisumbuye na kaminuza, gusa akazi nkora ni ako yanshingiye, muri make meze nkaho mukorera (data). Ntababeshye, kuri bwiza.com nagiye mpasoma ubutuma bugira abantu inama, […]

Akarere ka Nyarugenge kongereye ingengo y’imari kari kateganyije muri 2017-2018

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Mutarama 2018, kubiro by’ Akarere ka Nyarugenge hateraniye inama idasanzwe y’ Inama Njyanama y’ Akarere yigaga umushinga wo kuvugurura ingengo y’ imali y’ Akarere ka Nyarugenge mu mwaka wa 2017-2018. Umuyobozi wa Komisiyo y’ imali mu nama Njyanama y’ Akarere Bwana Muhutu Gilbert akaba yageje ku bitabiriye inama […]

Uganda: Umuhanzi Radio wo mu itsinda ‘Goodlyfe’ yapfuye

Umuhanzi Moses Ssekibogo uzwi ku izina rya Mowzey Radio waririmbanaga na Weasel mu itsinda Goodlyfe, yapfuye. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ahagana saa 08:15, bitangajwe n’umuryango we, akaba yaguye mu bitaro by’i Kampala (Case Hospital). Umwe wo mu muryango we wa hafi, yagize ati “Yego, Radio yagiye, apfuye muri iki gitondo saa kumi n’ebyiri (06:00),
 barimo […]

Umuyobozi w’inyeshyamba za Yakutumba yahungiye mu Burundi yakomeretse bikabije

Umwe mu bayobozi b’inyeshyamba za Mai-Mai Yakutumba uzwi ku izina rya Ekanda Alias Dracula, kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Mutarama ari kumwe n’abarwanyi be barindwi yakomeretse bikabije, yishyikirije ubuyobozi bw’Intara ya Rumonge ahunga imirwano ikomeye yabaye kuwa mbere bahanganye n’ingabo za Congo (FARDC) barwanira mu mazi. Aya makuru yatanzwe n’impunzi z’Abanyekongo zahungiye iRumonge, yemejwe […]

Bamwe mu basirikare n’abanyapolitiki bazwiho amagambo n’ibikorwa byo gutega iminsi Perezida Nkurunziza

Kuva mu mwaka wa 2015, nibwo bamwe mu banyapolitiki n’abandi bo mu nzego z’umutekano batangiye gutinyuka, bagaragaza ibitekerezo byabo basaba Perezida Nkurunziza kurekura ubutegetsi, byabaviriyemo kwitwa abanzi b’igihugu bamwe barahunga abandi barafungwa. Bamwe muri aba banyapolitiki aho bari mu buhunzi, bagiye batangaza byinshi byo gutega Nkurunziza iminsi, bakangurira Abarundi bagenzi babo guhaguruka bakamurwanya, kimwe n’uko […]

Ibitero 13 bikomeye byaranze ingoma n' ubuzima bwa Kigeli IV Rwabuguri

Umwami Kigeri IV Rwabugiri ni umuhungu wa Mutara II Rwogera akaba yarimye akiri muto (hagati y’imyaka irindwi n’icumi) ni yo mpamvu ibitero by’ibanze ari nyina Nyirakigeri Murorunkwere wabiyoboraga. Ku ngoma ye habaye ibitero byinshi, ahanini byari bigamije guhamya ubutegetsi ahari haraguwe vuba, dore ingero : Ijwi, Ndorwa, Gisaka.  Ibyo bitero byari bigamije ni ukwagura u […]

Kampala: Abadepite b’ abarundi batifuza kuyoborwa n’ umunyarwanda Martin Ngoga bitabiriye inama

Nyuma yaho Abadepite bahagarariye u Burundi mu Nteko Nshingamategeko y’ Umuryango wa Afurika y’i Burasirazuba(EALA) batangaje ko Martin Ngoga yatorewe kuyobora uyu mutwe mu buryo butemewe n’ amategeko bitabiriye inama rusange i Kampala muri Uganda. Ibi bibaye  mu gihe aba badepite b’ abarundi bavuga ko bagitegereje ko Urukiko rw’ uyu muryango rugira icyo rutangaza ku […]

Umugabo wa mbere muremure ku Isi yabonanye n’umugore mugufi wa mbere ku isi imbonankubone—Amafoto

Abantu babiri baciye agahigo ka Guinnes World Record kubera imiterere yabo, amaherezo bagize amahirwe yo guhura imbonankubone bahuriye mu gihugu cya Misiri. Kuwa Gatanu ushize nibwo umugabo wa mbere muremure ku Isi, Sultan Kosen, yahuye n’umugore wa mbere mugufi ku Isi, Jyoti Amge, bahurira I Cairo mu Misiri nk’uko amafoto yashyizwe ahagaragara akomeje gukwirakwira abigaragaza. […]

Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa nta kabuza azaba yarakwimariyemo

Biragoye kumenya udashidikanya ko umukobwa agukunda by’ukuri cyane ko uba utgabasha kureba mu mutima we ngo umenye icyo agutekerezaho, gusa hari bimwe mu bimenyetso umukobwa ashobora kukwereka bikaguhamirizako agukunda byukuri n’ubwo utabyizera ijana kurindi, kimwe muribyo twavuga nko kuba: 1. Yumva mwahorana: Nkuko hagati y’abantu bakundana bigenda,umukobwa ugukunda kandi ukwiyumvamo aba yumva iteka mwahorana, muganira. […]

Ese u Bufaransa ntibutewe impungenge na Perezida Kagame ku mutwe wa UA?

Amateka agaragaza ko nubwo nta zahabu u Bufaransa bwavanaga mu Rwanda ariko bwarababajwe no gutakaza iki gihugu nyuma ya jenoside bwagizemo uruhare muri 1994. Abahanga mu by’ ubumenyi bw’ Isi bavuga ko u Rwanda ruri hagati ya Afurika ibyo bigatuma igihugu nk’ u Bufaransa cyari gifite amahirwe menshi yo kuhashyira ibirindiro bityo bukahapangira imipango yose […]

Umugabo w’imyaka 35 yasambanyije ihene 2 za nyina biziviramo gupfa

Umugabo wo mu gihugu cya Kenya watawe muri yombi azira gusambanya ihene 2 za nyina bikaziviramo urupfu yibasiwe n’abaturage b’aho yari atuye bamunenga. Igipolisi ahitwa Kangundo kikaba kivuga ko cyataye muri yombi uyu mugabo w’imyaka 35 witwa Mbithi Munyao nyuma yo gushinjwa gusambanya ihene 2 za nyina kugeza zipfuye. Munyao akaba yashinjwe ibyaha bibiri bifitanye […]

Iperereza : Ukuri ku rupfu rwa Perezida Laurent-Désiré Kabila gukomeje kuyoberana

Hashize imyaka 17, ubutabera bwa Congo-Kinshasa bukatiye abantu 51 igifungo cy’ imyaka 30 ndetse n’ abandi bakatirwa igifungo cy’ urupfu bashinjwa kwica Perezida Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila kuwa 16 Mutarama 2001. Muri aba bakatiwe igifungo cy’ urupfu harimo Colonel  Eddy Kapend wari icyegera cya Laurent Desire Kabila ndetse banafitanye amasano yo hafi mu muryango. Kugeza magingo aya, […]

Muhanga: Uwishe umugore we amukubise isuka mu mutwe yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga, mu mpera z’icyumweru gishize  rwasomye  urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo    witwa  Manirafasha Jean Bosco icyaha cyo kwica umugore we  maze  rumuhanisha igihano cy’igifungo cya burundu hashingiwe ku biteganywa n’ingingo ya 140 y’gitabo cy’amategeko ahana nk’uko Ubushinjacyaha bwari bwabisabye. Kuwa 18 Mutarama 2017, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije dosiye […]

Ndi umukobwa w’imyaka 26, mama yampaye igihe cy’umwaka umwe ngo mbe nashatse umugabo, washira ntamufite akanyirukana- NKORE IKI?

Bavandimwe duhurira kuri uru rubuga ndabaramujiye, nitwa Aline, iwacu ni mu ntara y’i Burasirazuba i Rwamagana, ndasaba inama kuri iki kinyamakuru bwiza.com, kandi n’izihatangirwa ziranyubaka. Nta kiba kidafite impamvu, mama ubu tumeranye nabi, mama ni umupfakazi umaze imyaka igera kuri 12 muri ubu buzima, yatubyaye turi abana batatu ariko ni njye mukuru, umukobwa unkurikira yashatse […]

FIFA yahaye umukoro abashinzwe amatora muri ferwafa ku kibazo cya Félicité

Nkuko bigaragara ku rukuta twa twitter rwa Minspoc, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) yamenyesheje uhagarariye akanama gashinzwe amatora ya FERWAFA Kalisa Camarade gukemura mu maguru mashya ikibazo cy’umukandida Rwemarika FĂ©licitĂ© uherutse gutsindwa amatora yo kuyobora FERWAFA Ibi FIFA yabikoze nyuma yaho uyu mugore wari wifuje kuyobora FERWAFA atsindiwe mu  amatora yabaye mu mpera za 2017, […]

Kigali: Uruganda rw' itabi rwa Rwigara Assinapol rwareze Leta yarufunze

Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza uruganda rukora itabi “Premier Tobacco Company (PTC)” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol , ruregamo ikigo cy’imisoro n’amahoro (RRA), ko rumaze amezi asaga 7 rufunzwe bikaba byararuteje igihombo. Uru ruganda rurega ikigo cy’imisoro gufatira bimwe mu bikoresho byarwo bikaba byaratumye rumaze amezi agera kuri arindwi rudakora, iri funga ngo rikaba ryarateye […]

Patrick Mazimpaka umwe mu banyapolitiki bagize uruhare ku rugamba rwo kwibohora

Iyo Inkontanyi zizagushyira imbere urugamba rw’ amasasu gusa kugeza magingo aya zari kuba zikirwana niyo mpamvu zifashishije ahanini abanyapolitiki b’ abanyarwanda nka Patrick Mazimpaka n’ abandi kugirango zumvikanisha impamvu zafashe imbunda. Patrick Mazimhaka watabarutse ku myaka 70 y’ amavuko ni umwe mu banyapolitiki  baharaniye ko impunzi z’ abanyarwanda zo muri 1959 zitaha mu gihugu ubwo […]

Perezida Museveni nawe yatanze inkunga yo gufasha umuhanzi Radio

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda nawe yikoze mu mufuka atanga inkunga yo kuvuza umuhanzi Mozey Radio wo muri GoodLyfe umerewe nabi nyuma yuko aherutse gukubitirwa mu kabari agakubita hasi umutwe akanavunika ijosi. Perezida Museveni akaba yatanze inkunga ya miliyoni 30 z’amashilingi yahawe ivuriro rizwi nka Case Clinic ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Uwitwa […]

Urutonde rw’ abahanzi nyarwanda bagize amahirwe yo kujya mu mahanga bagakomeza umuziki

Mu gihe  hari abahanzi bamara kwambuka  imbibi z’ igihugu bagahita bashyira hasi umuziki hari bamwe babona aya mahirwe maze bikababera uburyo bwo kurushaho guteza imbere inganzo yabo imbere. Abakurikiranira hafi  ibijyanye n’ imyidagaduro basanga abahanzi bagera mu mahanga bakabireka bituruka ku mpamvu zitandukanye. Ku ruhande rumwe, bamwe bahagarika ubuhanzi bitewe n’ ubuzima bahura nabo mu […]

U Burundi bwiyemeje kwiyegereza ibihugu by’ibihangange ku isi mu bijyanye n’umutekano

Inama y’Abaminisitiri yateranye mu cyumweru gishize, yashyizweho ingamba nshya zo gukomeza umubano n’ibihugu by’ibihangange ku isi mu bijyanye n’umutekano, ibi ngo bikazafasha u Burundi mu gukaza umutekano n’igisirikare cyabwo. Mu bijyanye n’umutekano, u Burundi bwiyemeje gukomeza umubano na Afurika y’Epfo n’u Bushinwa, naho mu bijyanye no gukomeza igisirikare, iyi nama y’Abaminisitiri yabaye ku wa kane […]

Ibyo Diamond na Wema Sepetu bakoreye mu ruhame, byatumye benshi babibazaho

Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania wari umaze imyaka irenga itatu arekanye na Miss Wema Sepetu bakundanaga, aba bombi bagaragaye mu ruhame bahoberana cyane ndetse bagira n’icyo baganira bongorerana abandi batabashije kumva. Mu birori byabaye ku cyumweru tariki ya 28 Mutarama 2018, byateguwe na Wasafi Record byo kwakira umuhanzi mushya, Marombosso uzwi nka Mbosso ugiye kuzajya […]

Uvira : Inyeshyamba 3 za FNL ziciwe mu mirwano yazihuje na FARDC

Abantu batatu kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Mutarama, baguye mu mirwano yabereye Kiliba muri Teritwari ya Uvira yahuje ingabo za leta ya Congo n’abarwanyi b’umutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bw’u Burundi. Amakuru aturuka aha aravuga ko imirwano yatangiye saa munani z’ijoro igakomeza kugeza saa kumi n’ebyiri za mugitondo nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi […]

Ibintu 10 wakwifashisha mu kubaka urugo rwawe

  Urugo cyangwa se umuryango ni ishingiro ry’ibyishimo, amahoro n’iterambere mu gihugu, iyo imiryango idakomeye igihugu kirahungabana. Nyamara kugira ngo umuryango ukomere bisaba kwihanganirana, kubabarirana, kumenyana n’ibindi ari nayo mpamvu twasanze ari ngombwa ko umenya aya mabanga kuko yagufasha kugira urugo ruhagaze neza. Ku bubatse ingo no kubitegura kurushinga ni byiza ko mumenya ibi BURI […]

Stromae wari warabuze yongeye kugaragara mu isura idasanzwe (Amafoto)

Paul Van Haver wamenyekanye cyane nka Stromae ni Umubiligi ufite amaraso y’u Rwanda yamamaye mu ndirimbo nyinshi zitandukanye zakunzwe muri Afurika by’umwiharika hano mu Rwanda nk’igihugu akomokamo kuri ubu yatunguye abafana ubwo yongeraga kujya muruhame. Nyuma y’igihe kitari gito Stromae ahagaritse umuziki ntabwo byari byoroshye ko umubona mu ruhame ni nyuma y’igihe acecetse gusa yaje […]

Addis:Ikiganiro hagati ya Perezida Kagame na Museveni cyitezweho ukuri ku mikorere ya RNC

Mu gihe hari hashize igihe kinini ibihugu by’ u Rwanda na Uganda bitavuga rumwe , Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yagiranye  ikiganiro na Perezida Paul Kagame I Addis-Abeba kuri Sheraton Hotel kuwa 30 Mutarama 2018. Abakurikiranira hafi  politiki yo mu karere batangiye kuvuga ko uyu mubonano hagati y’ aba baperezida babiri ushobora gutuma umwuka […]

Umunyarwanda, Cyemayire Emmanuel washimutiwe muri Uganda, aravuga ko avuye i Kuzimu-Video

Emmanuel Cyemayire, umunyarwanda wari umaze iminsi 25 afungiye muri Uganda, atangaza ko byamubereye nk’inzozi abonye ageze ku butaka bw’u Rwanda bitewe naho avuye yita i Kuzimu. Mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018, aho arimo kwivuriza ku bitaro bya polisi, Cyemayire atangaza ko yafashwe n’inzego z’iperereza za […]

Urutonde rw'abapasiteri 20 ba mbere bakize kurusha abandi ku Isi

Umupasiteri wa mbere ukize kurusha abandi ku isi afite akayabo ka miliyari isaga y’Amadolari nk’uko bigaragara ku rutonde rw’abapasiteri 20 bakize cyane kurusha abandi ku Isi rwa Forbes. 1.Edir Macedo:  Ni umupasiteri akaba n’umuvugabutumwa wo muri Brazil ufite miliyari 1,1 z’Amadolari. Uyu washinze itorero rizwi nka Universal Church of the Kingdom of God akaba anafite […]

Hagaragaye umwana w'umukobwa Zari yabyaye mu myaka 25 ishize akamuhisha

Umukunzi wa Diamond Platnumz  akaba n’umushoramari Zarinah Ttale wamenyekanye nka Zari Hassan umugore w’abana batanu bazwi yabyaye kubagabo babiri aribo Diamond na Yvan Semwanga gusa kuri ubu hagaragaye undi mwana w’umukobwa  yabyaye ku mu DJ mu mwaka 1993 mbere yo kubana na Yvan Ssemwanga. Ibi byatahuwe nyuma y’uko Zari Hassan atangarije ko afite abana batanu kandi […]

Benyamin Netanyahu arashinjwa kugerageza kongera kwandika amateka y'u Rwanda

Abayobozi b’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel bibasiye Minisitiri w’Intebe, Benyamin Netanyahu bamuziza gushyigikira Guverinoma y’u Rwanda mu cyo bise gushyira Abahutu baguye muri jenoside ku ruhande mu gihe cyo kwibuka bavuga ko ari ukugerageza kongera kwandika amateka. Umuyobozi w’ishyaka ry’abakozi, Avi Gabbay, ashinja Netanyahu kongera kwandika amateka nk’ayo yashinje inteko nshinga amategeko ya Pologne […]

Ingingo zagufasha kwegukana umukobwa muhuye bwa mbere

Umusore wese aho ava akagera iyo ahuye n’umukobwa atekereza byinshi muribyo harimo no kwibaza uko byagenda abaye ari gusomana n’uwo yitomboreye, gusa ushobora guhubuka ugasanga uhataye ibaba.  Nusoma neza izi ngingo urasobanukirwa uburyo wakwitwaramo ukahacana umucyo. 1.Wimwereka  ko ushaka kumusoma: Umukobwa wese mu menyanye aba agishaka byinshi byo kukumenyaho biba byiza rero iyo ugenze buhoro […]

Ikipe ya Volley y’ abagore ikinirwa ku mucanga izitabira imikino ya Commonwealth

Ikipe y’ abagore ya Volleyball ikinirwa ku mucanga niyo yo nyine izahagararira Afurika mu mikino ya Commonwealth iteganyijwe gutangaira kuva kuwa 4  kugeza kuwa 15 Mata 2018 mu Mujyi wa Queensland muri Australie. Abanyarwandakazi ,Charlotte Nzayisenga na Denyse Mutatsimpundu batsinze imikino nyuma yo kwegukana umudari w’ izahabu wiswe « CAVB Beach Volleyball Cup 2017 » […]

Umwaka Perezida Kagame agiye kumara ayoboye UA, yitezweho kurangiza ikibazo cya FDLR

Ikigo cy’ubushakashatsi giharanira Amahoro, Demokarasi n’Uburenganzira bw’Ikiremwamuntu (CEPADHO), cyizeye ko umwaka Perezida Kagame agiye kumara ayoboye umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, uzajya gushira n’ibikorwa by’iterabwoba bikorwa n’inyeshyamba za FDLR birangiye. Iki kigo cyatangaje ibi mu itangazo cyasohoye ku wa Mbere tariki ya 29 Mutarama 2018, i Beni muri Kivu y’Amajyaruguru, kigendeye ku bunararibonye kivuga ko […]

Umugabo wari utwite, yabyaye umuhungu none yagiriwe inama yo kumwica bimutera ihungabana

Abagabo benshi bavuga ari abahungu ndetse banafite igitsina cy’umuhungu, ariko rimwe na rimwe umugabo ashobora kuvuka mu mubiri w’umugore, ibi ni ibisobanurwa na Trystan Reese w’imyaka 34 y’amavuko mu kiganiro yagiranye na TF1, bwiza.com ikesha iyi nkuru.   Trystan Reese avuga ko yavutse afite umubiri wa kigore, uyu munyamerika kandi avuga ko nta munsi numwe […]

Perezida Kagame yatangiye inshingano ze zo kuyobora A.U. ahamagaza Inama Idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu i Kigali

Perezida wa Niger, Mahamadou Issoufou, yatangaje ko perezida Paul Kagame, watangiye kuyobora A.U, yahise atumiza Inama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma kuri uyu mugabane wa Afurika izatangirizwamo ku mugaragaro, Umushinga ZLEC, ugamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu muri Afurika, izateranira i Kigali kuwa 21 Werurwe 2018. Kuri perezida wa Niger watangarije ibi mu kiganiro yahaye itangazamakuru […]

Uganda : Abafite abana bari bajyanywe mu gisirikare cya RNC  basaba ko Rugema Kayumba abiryozwa

Nyuma yaho ku wa 11 Ukuboza 2017, Uganda na Tanzania, batangiriye ndetse bata muri yombi itsinda ry’ urubyiruko rw’ impunzi z’abanyarwanda zari zerekeje mu myitozo y’umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, RNC, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, a babyeyi baratabaza . Uru urubyiruko  rugera kuri 45 rwatawe muri yombi  rwabaga mu nkambi y’ […]

Rutahizamu Espoir FC yakuye muri Uganda yijeje kuyigumisha muri shampiyona

Rutahizamu mushya ikipe ya Espoir FC yakuye mu gihugu cya Uganda arizeza gufasha iyi kipe kuguma mu cyiciro cya mbere dore ko iri ku mwanya wa nyuma n’amanota 8 mu mikino 10. Mu kiganiro cyihariye uyu rutahizamu witwa Fred Kyambadde yagiranye n’urubuga Kawowo Sports kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Mutarama ari i Rusizi, yahishuye […]

Umubyibuho Rihanna afite watumye abafana bamwibazaho ko yaba atwite- AMAFOTO

Umuhanzikazi Rihanna w’imyaka 28 y’amavuko, yagiriye ibihe byiza mu birori byo gutanga ibihembo (Grammy Awards), ahakura n’igihembo, ariko imibyinire ye yatumye bamwe mu bafana batekereza ko yara yarahinduye imibyinire ngo abashe kugabanya ibiro. Rihanna yagaragaye aza yambaye imyenda y’umukara, nyuma aza kugaragara ku rubyiniro yambaye ikanzu itukura ariko igaragaza imiterere y’umubiriri we ari nayo yabyinanye. […]

Uwigeze gukangisha Obama kumwica yongerewe igihano nyuma yo kuvuga ko azica na Donald Trump

Umugabo wari ugeze ku musozo w’igihano cy’igifungo yahawe azira gutera ubwoba perezida Obama n’umuryango we ubwo yari akiri ku buyobozi ntagifunguwe vuba aha nk’uko byari biteganyijwe azira gutera ubwoba na perezida Donald Trump. Uyu mugabo ufungiye muri gereza yo muri Florida yari yakatiwe imyaka 5 y’igifungo azira kuvuga ko azica perezida Barack Obama n’abandi bo […]

Ubushakashatsi : Ibibazo byateye ubwicanyi mu Burundi no mu Rwanda  si impanuka

  Ubushakashatsi butandukanye bwagiye bugaragaza ko ibibazo byaranze amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse n’ ubwicanyi bwagiye buba mu Burundi mu bihe binyuranye atari impanuka. Urugero rwa mwalimu w’ imbonezamubano mu Bufaransa muri Kaminuza y’ I Paris I, Dr.  AndrĂ© Guichaoua asanga ishyano ry’ amoko ryibasiye akarere k’ Ibiyaga Bigali atari ubuhubutsi bw’ […]

Dore ibintu ugomba kwitondera mu gihe ugiye kuryama urikumwe n'undi muntu

Mu buzima bwa buri munsi hari amakosa amwe na mwe dukora akaba yanatuma tugaragara nabi  nyamara natwe twabigizemo uruhare, ibi nikimwe no kuba wajya kurya uri kumwe n’undi muntu ugakora aya makosa tugiye kurebera hamwe yatuma uwo muri kumwe atabyishimira kabone n’ubwo atabikubwira 1.uzirinde kujya mu buriri udakarabye: Abantu benshi bakunze kumva ko bashobora kuryama […]

Umuhanda wa gari ya moshi Isaka-Kigali uzatwara miliyari zisaga 2 z’amadolari

Imirimo yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi Isaka-Kigali biteganyijwe ko izatangira mu kwezi kw’Ukwakira uzatwara miliyari zisaga 2 z’amadolari mu gihe u Burundi bwo bwivanye mu masezerano. Minisitiri w’ibikorwaremezo, James Musoni na mugenzi we wa Tanzania ushinzwe itumanaho, ubumenyi n’ikoranabuhanga, Makame Mbarawa nibo batangije uyu mushinga ku mugaragaro kuwa 20 Mutarama I dare s […]

Mu ndirimbo nyafurika 10 zasuwe cyane kuri youtube  nta y’ umunyarwanda  izamo

Mu gihe mu Rwanda hari umuyoboro wa internet wihuta byakagombye gufasha abaririmbyi mu kumenyekanisha ibihangano byabo ariko  si uko bimeze kugeza magingo aya. Amashusho y’ indirimbo z’ ababahanzi yakoze ku mitima ya benshi ndetse ziranasurwa na barenga miliyoni bakomoka mu bihugu bya Nigeria, Togo, Cameroun,  CĂŽte d’Ivoire ndetse na  RDC.   Wizkid : Muri Nyakanga 2017, […]

Cristiano Ronaldo yakuriye inzira ku murima abibwiraga ko yaba agiye kuva muri Real Madrid

Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga nyuma y’amakuru amaze iminsi ahwihwiswa ko yaba ateganya kuva muri Real Madrid akaba yajya gukinira indi kipe, avuga ko nta gahunda yo kuva i Santiago Bernabeu afite. Mu kiganiro Ronaldo yagiranye n’itangazamakuru ryo muri Espagne akagira icyo abazwa kuri aya makuru amaze iminsi avugwa, yaboneyeho gutangaza urukundo akunda ikipe akinira […]

Ibintu 8 utari uzi ku mwami Mswati III ufite abagore 15 n’abana 32

Mswati wa 3 ni umwami wa Swaziland, uvugwa cyane mu itangazamakuru kubera abagore benshi afite kandi agikomeje no kurongora abandi, aza ku rutonde rw’abakire ba mbere muri Afurika akabaho mu buzima bwiza bwo kwinezeza mu gihe abaturage ayobowe babayeho mu buzima bwa gikene. 1.Mswati III ni umwe mu bahungu benshi b’umwami Sobhuza II wa Swaziland […]

Nyanza: Uwitwa Nsengiyumva wari warakatiwe gufungwa burundu yarashwe agerageza gutoroka gereza

Urwego rw’igihugu rushinzwe amagereza (RSC) rwarashe uwitwa Nsengiyumva Jotham, wari warakatiwe burundu nyuma yo guhamwa n’ibyaha by’iterabwoba ubwo yageragezaga gutoroka Gereza ya Nyanza. Uyu akaba yahise yitaba Imana. Nsengiyumva Jotham ukomoka mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Cyuve yari yarakatiwe burundu azira ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba birimo ubugambanyi no kurema umutwe witwaje intwaro. Uyu […]

Rwatubyaye yongeye amasezerano na Rayon Sport, anagirwa kapiteni

Umukinnyi ukina mu binyuma bakunze kwita (Myugariro) Rwatubyaye Abdul wamenyekanye cyane mukuzenguruka mu makipe mu buryo bw’ibanga kuri ubu yongereye amasezerano y’imyaka ibiri  mu ikipe  ya  Rayon Sports bamwongereraho no guhabwa igitambaro cy’akapiteni(umukinnyi uhagarariye abandi). Abdul Rwatubyaye yaherukaga mu kibuga mu kwezi kwa 3 umwaka ushize wa 2017 ubwo ikipe ya Rayon sport yakinaga na […]