Burera/Musanze: Abari batunzwe n' ubucuruzi bw' ibirayi bakomeje gutakamba
Nyuma yaho minisiteri yâ ubucuruzi isabiye abahinzi bâ ibirayi kwibumbira mu makoperative ndetse ikanabizeza ko igiye kubashakira amasoko ku giciro cyo hejuru abaturage batangaza ko akababaro nâ ubukene ari byose. Mu kiganiro nâ Ijwi rya Amerika, abaturage bo mu Karere ka Burera bari basanzwe batunzwe nâ ubuhinzi ndetse nâ ubucuruzi bwâ ibirayi bavuga ko  batewe […]
Maze gusobanukirwa ugukomera kw' Imana nahisemo kuyiramya gusa-Sam Muvunyi
Nyuma yâ ubuhamya burebure bwaranze ubuzima bwâ uyu muhanzi  Sam Muvunyi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana asanga nta kindi umuntu wese utekereza neza yakora usibye kuramya Umuremyi. Atiâ Maze kubona ko gukomera kwâ Imana gukaze kandi gufite agaciro gakomeye nsanga nta kindi nakora usibye kuyiramyaâ. Aha, Sam Muvunyi yadusobanuriye ko agendeye ku buhamya […]
Yuhi VI Bushayija yatumiwe mu muhango wo gutanga ibihembo byiswe The Order of The Drum – Amafoto
Yuhi wa VI Bushayija bamwe bafata nkâUmwami wâu Rwanda cyane cyane abanyamahanga ariko mu Rwanda akaba adafatwa gutyo bitewe nâuko u Rwanda rutakiri igihugu kigendera ku bwami, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 30 Mutarama, yatumiwe mu birori byateguwe nâIkinyamakuru The Drum byatangiwemo igihembo kiswe The order of The Drum mu rwego rwo gushimira abantu […]
Urugero twasigiwe nâ intwari ruduha imbaraga nâicyerekezo bitubereye-Paul Kagame
Iyi ntero yashimangiwe mu ijambo, Perezida Kagame yageneye abanyarwanda kuri uyu munsi w’ intwari abasaba ko barebera ku ndangaciro zaranze intwari zâigihugu bityo âurugero badusigiye rukaduha imbaraga nâicyerekezo bitubereye.â Ku nshuro ya 24 , Â Perezida Paul Kagame yunamiye intwari zâigihugu anashyira indabo ku gicumbi cyazo giherereye mu Mujyi wa Kigali i Remera mu gihe hibukwa […]
Umunyamakuru Andrew Mwenda yatumiye Perezida Kagame na Museveni mu isabukuru ya nyina
Bimaze kwemezwa ko Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni azitabira ubutumire bwâ Â umunyamakuru Andrew Mwenda mu muhango wo kwizihiza isabukuru ya 83 yâ Â amavuko ya nyina umubyara kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantantare 2018. Perezida Museveni azitabira uyu muhango uzabera mu Karere ka Fort Portal mu Burengerazuba bwa Uganda ku mupaka wa Congo-Kinshasa. […]
Hasotse inyandiko zigaragaza uruhare rwâ umucanshuro Bob Denard muri jenoside yakorewe Abatutsi
Inyandiko zigaragaza imikoranire hagati yâ umucanshuro kaburihawe wâ umufaransa Bob Denard na Guverinoma yâ abatabazi yashyize mu bikorwa jenoside mu Rwanda zatangiye kujya hanze. Zimwe muri izi nyandiko zitandukanye zagaragajwe, nâ umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu , Survie zishimangira ko uyu mucanshuro wâ umufaransa yakoranaga nâ abajenosideri mu buryo butandukanye. Inyandiko ya mbere ishinja Bob […]
Kuki Perezida Joseph Kabila atifuza ko Etienne Tshisekedi ashyingurwa mu gihugu ?
Abatavuga rumwe nâ ubutegetsi bwa Perezida wa Congo-Kinshasa ,Joseph Kabila bavuga yahanuriwe ko  Etienne Tshiskedi aramutse ashinguwe mu gihugu atazarara ku butegetsi. Muri Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo ndetse no mu mahanga bakomeje kwibaza impamvu Etienne Tshisekedi wapfuye kuva ku itariki ya 1 Gashyantare 2017 atarashyingurwa mu gihe umurambo we uheze i Bruxelles mu Bubiligi. […]
Umugore wâ ibiro 308 yabashije kugenda nyuma yâ imyaka 4 atabasha guhaguruka aho yicaye – REBA AMAFOTO
Chitoka Light, umugore wâimyaka 49 yâamavuko, wo muri Georgia, yakoze ibirori atumira inshuti ze ngo azereke ko yabashije guhaguruka nyuma yâimyaka ine atabibasha. Ikinyamakuru DM, bwiza.com ikesha iyi nkuru, ngo mu myaka ine ishize ngo nibwo Chitoka yananiwe kubasha gutambuka kubera ibiro bye byari byamubanye byinshi yatambuka akababara. Uyu mugore yabaga mu nzu, ku gitanda […]
Dr Kabilima wahamijwe ibyaha bya jenoside yagabanyirijwe igihano
Urukiko Rukuru rwa Kigali kuri uyu wa gatatu rwagabanyije igihano cyâigifungo cya burundu cyari cyahawe Dr Jean Damascene Kabilima, wari ukurikiranweho uruhare muri jenoside, rukigeza ku myaka 25 yâigifungo. Dr kabilima akaba yari yajuririye igihano yahawe cyo gufungwa burundu yari yakatiwe nâUrukiko rwa Nyamagabe mu mwaka ushize. Ubushinjacyaha bwamushinjaga ibyaha bya jenoside, ubwicanyi, gukangurira abandi […]
Abasifuzi bâAbanyarwanda bazahagarikira umukino wa Confederation Cup mu Burundi
Umukino wâumupira wâamaguru uzahuza ikipe ya Olmpique Stars yo mu Burundi na Etoile Filante yo muri Burkina Faso mu mikino ya mbere ya Confederation Cup uzaba uhagarikiwe nâabasifuzi bazaturuka mu Rwanda. Ni umukino uteganyijwe kuwa 10 Gashyantare 2018 uzabera ku kibuga cyitiriwe Igikomangoma Louis Rwagasore, aho ku nshuro ya mbere abakinnyi ba Olympique Star bazaba […]
Ndagumiwe, mpeze iwacu kubera Papa usaba inkwano za Miliyoni nâigice, nkundana nâabasore akabaca intege abita abatindi- NKORE IKI?
Ndagisha inama, Â papa wanjye atumye mpera iwacu, arashaka ibya mirenge kandi mbona atazabibona, arashaka inkwano zihenze kuri njye, nabuze icyo nakora. Iwacu navutse ndi umukobwa umwe, mu bahunda batatu, narize amashuli yisumbuye na kaminuza, gusa akazi nkora ni ako yanshingiye, muri make meze nkaho mukorera (data). Ntababeshye, kuri bwiza.com nagiye mpasoma ubutuma bugira abantu inama, […]
Akarere ka Nyarugenge kongereye ingengo yâimari kari kateganyije muri 2017-2018
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Mutarama 2018, kubiro by’ Akarere ka Nyarugenge hateraniye inama idasanzwe y’ Inama Njyanama y’ Akarere yigaga umushinga wo kuvugurura ingengo y’ imali y’ Akarere ka Nyarugenge mu mwaka wa 2017-2018. Umuyobozi wa Komisiyo y’ imali mu nama Njyanama y’ Akarere Bwana Muhutu Gilbert akaba yageje ku bitabiriye inama […]
Uganda: Umuhanzi Radio wo mu itsinda âGoodlyfeâ yapfuye
Umuhanzi Moses Ssekibogo uzwi ku izina rya Mowzey Radio waririmbanaga na Weasel mu itsinda Goodlyfe, yapfuye. Inkuru yâurupfu rwe yamenyekanye ahagana saa 08:15, bitangajwe nâumuryango we, akaba yaguye mu bitaro byâi Kampala (Case Hospital). Umwe wo mu muryango we wa hafi, yagize ati âYego, Radio yagiye, apfuye muri iki gitondo saa kumi nâebyiri (06:00),⊠barimo […]
Umuyobozi wâinyeshyamba za Yakutumba yahungiye mu Burundi yakomeretse bikabije
Umwe mu bayobozi bâinyeshyamba za Mai-Mai Yakutumba uzwi ku izina rya Ekanda Alias Dracula, kuri uyu wa Kabiri, itariki 30 Mutarama ari kumwe nâabarwanyi be barindwi yakomeretse bikabije, yishyikirije ubuyobozi bwâIntara ya Rumonge ahunga imirwano ikomeye yabaye kuwa mbere bahanganye nâingabo za Congo (FARDC) barwanira mu mazi. Aya makuru yatanzwe nâimpunzi zâAbanyekongo zahungiye iRumonge, yemejwe […]
Bamwe mu basirikare nâabanyapolitiki bazwiho amagambo nâibikorwa byo gutega iminsi Perezida Nkurunziza
Kuva mu mwaka wa 2015, nibwo bamwe mu banyapolitiki nâabandi bo mu nzego zâumutekano batangiye gutinyuka, bagaragaza ibitekerezo byabo basaba Perezida Nkurunziza kurekura ubutegetsi, byabaviriyemo kwitwa abanzi bâigihugu bamwe barahunga abandi barafungwa. Bamwe muri aba banyapolitiki aho bari mu buhunzi, bagiye batangaza byinshi byo gutega Nkurunziza iminsi, bakangurira Abarundi bagenzi babo guhaguruka bakamurwanya, kimwe nâuko […]
Ibitero 13 bikomeye byaranze ingoma n' ubuzima bwa Kigeli IV Rwabuguri
Umwami Kigeri IV Rwabugiri ni umuhungu wa Mutara II Rwogera akaba yarimye akiri muto (hagati yâimyaka irindwi nâicumi) ni yo mpamvu ibitero byâibanze ari nyina Nyirakigeri Murorunkwere wabiyoboraga. Ku ngoma ye habaye ibitero byinshi, ahanini byari bigamije guhamya ubutegetsi ahari haraguwe vuba, dore ingero : Ijwi, Ndorwa, Gisaka. Ibyo bitero byari bigamije ni ukwagura u […]
Kampala: Abadepite bâ abarundi batifuza kuyoborwa nâ umunyarwanda Martin Ngoga bitabiriye inama
Nyuma yaho Abadepite bahagarariye u Burundi mu Nteko Nshingamategeko yâ Umuryango wa Afurika yâi Burasirazuba(EALA) batangaje ko Martin Ngoga yatorewe kuyobora uyu mutwe mu buryo butemewe nâ amategeko bitabiriye inama rusange i Kampala muri Uganda. Ibi bibaye  mu gihe aba badepite bâ abarundi bavuga ko bagitegereje ko Urukiko rwâ uyu muryango rugira icyo rutangaza ku […]
Umugabo wa mbere muremure ku Isi yabonanye nâumugore mugufi wa mbere ku isi imbonankuboneâAmafoto
Abantu babiri baciye agahigo ka Guinnes World Record kubera imiterere yabo, amaherezo bagize amahirwe yo guhura imbonankubone bahuriye mu gihugu cya Misiri. Kuwa Gatanu ushize nibwo umugabo wa mbere muremure ku Isi, Sultan Kosen, yahuye nâumugore wa mbere mugufi ku Isi, Jyoti Amge, bahurira I Cairo mu Misiri nkâuko amafoto yashyizwe ahagaragara akomeje gukwirakwira abigaragaza. […]
Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa nta kabuza azaba yarakwimariyemo
Biragoye kumenya udashidikanya ko umukobwa agukunda by’ukuri cyane ko uba utgabasha kureba mu mutima we ngo umenye icyo agutekerezaho, gusa hari bimwe mu bimenyetso umukobwa ashobora kukwereka bikaguhamirizako agukunda byukuri n’ubwo utabyizera ijana kurindi, kimwe muribyo twavuga nko kuba: 1. Yumva mwahorana: Nkuko hagati yâabantu bakundana bigenda,umukobwa ugukunda kandi ukwiyumvamo aba yumva iteka mwahorana, muganira. […]
Ese u Bufaransa ntibutewe impungenge na Perezida Kagame ku mutwe wa UA?
Amateka agaragaza ko nubwo nta zahabu u Bufaransa bwavanaga mu Rwanda ariko bwarababajwe no gutakaza iki gihugu nyuma ya jenoside bwagizemo uruhare muri 1994. Abahanga mu byâ ubumenyi bwâ Isi bavuga ko u Rwanda ruri hagati ya Afurika ibyo bigatuma igihugu nkâ u Bufaransa cyari gifite amahirwe menshi yo kuhashyira ibirindiro bityo bukahapangira imipango yose […]
Umugabo wâimyaka 35 yasambanyije ihene 2 za nyina biziviramo gupfa
Umugabo wo mu gihugu cya Kenya watawe muri yombi azira gusambanya ihene 2 za nyina bikaziviramo urupfu yibasiwe nâabaturage bâaho yari atuye bamunenga. Igipolisi ahitwa Kangundo kikaba kivuga ko cyataye muri yombi uyu mugabo wâimyaka 35 witwa Mbithi Munyao nyuma yo gushinjwa gusambanya ihene 2 za nyina kugeza zipfuye. Munyao akaba yashinjwe ibyaha bibiri bifitanye […]
Iperereza : Ukuri ku rupfu rwa Perezida Laurent-Désiré Kabila gukomeje kuyoberana
Hashize imyaka 17, ubutabera bwa Congo-Kinshasa bukatiye abantu 51 igifungo cyâ imyaka 30 ndetse nâ abandi bakatirwa igifungo cyâ urupfu bashinjwa kwica Perezida Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila kuwa 16 Mutarama 2001. Muri aba bakatiwe igifungo cyâ urupfu harimo Colonel  Eddy Kapend wari icyegera cya Laurent Desire Kabila ndetse banafitanye amasano yo hafi mu muryango. Kugeza magingo aya, […]
Ibihugu bya Kenya na Uganda biravugwaho kuba ari byo bituma intambara yo muri Sudani yâEpfo itarangira
Ibihugu bya Kenya na Uganda biravugwaho kugira uruhare mu gutuma intambara imaze imyaka 4 muri Sudani yâEpfo itarangira binyuzwamo intwaro zikoreshwa muri iyi ntambara nkâuko byatangajwe nâumuyobozi muri Loni kuri uyu wa Mbere ushize. Bwana Adama Dieng, umujyanama udasanzwe wa Loni mu gukumira Jenoside, yabwiye Ijwi rya Amerika ko uruhare rwo gukumira ubugizi bwa nabi […]
Muhanga: Uwishe umugore we amukubise isuka mu mutwe yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga, mu mpera zâicyumweru gishize rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo   witwa Manirafasha Jean Bosco icyaha cyo kwica umugore we maze rumuhanisha igihano cyâigifungo cya burundu hashingiwe ku biteganywa nâingingo ya 140 yâgitabo cyâamategeko ahana nkâuko Ubushinjacyaha bwari bwabisabye. Kuwa 18 Mutarama 2017, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwaburanishije dosiye […]
Ndi umukobwa wâimyaka 26, mama yampaye igihe cyâumwaka umwe ngo mbe nashatse umugabo, washira ntamufite akanyirukana- NKORE IKI?
Bavandimwe duhurira kuri uru rubuga ndabaramujiye, nitwa Aline, iwacu ni mu ntara yâi Burasirazuba i Rwamagana, ndasaba inama kuri iki kinyamakuru bwiza.com, kandi nâizihatangirwa ziranyubaka. Nta kiba kidafite impamvu, mama ubu tumeranye nabi, mama ni umupfakazi umaze imyaka igera kuri 12 muri ubu buzima, yatubyaye turi abana batatu ariko ni njye mukuru, umukobwa unkurikira yashatse […]
FIFA yahaye umukoro abashinzwe amatora muri ferwafa ku kibazo cya Félicité
Nkuko bigaragara ku rukuta twa twitter rwa Minspoc, ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru ku isi (FIFA) yamenyesheje uhagarariye akanama gashinzwe amatora ya FERWAFA Kalisa Camarade gukemura mu maguru mashya ikibazo cyâumukandida Rwemarika FĂ©licitĂ© uherutse gutsindwa amatora yo kuyobora FERWAFA Ibi FIFA yabikoze nyuma yaho uyu mugore wari wifuje kuyobora FERWAFA atsindiwe mu amatora yabaye mu mpera za 2017, […]
Kigali: Uruganda rw' itabi rwa Rwigara Assinapol rwareze Leta yarufunze
Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza uruganda rukora itabi âPremier Tobacco Company (PTC)â rwâumuryango wa Rwigara Assinapol , ruregamo ikigo cy’imisoro nâamahoro (RRA), ko rumaze amezi asaga 7 rufunzwe bikaba byararuteje igihombo. Uru ruganda rurega ikigo cy’imisoro gufatira bimwe mu bikoresho byarwo bikaba byaratumye rumaze amezi agera kuri arindwi rudakora, iri funga ngo rikaba ryarateye […]
Patrick Mazimpaka umwe mu banyapolitiki bagize uruhare ku rugamba rwo kwibohora
Iyo Inkontanyi zizagushyira imbere urugamba rwâ amasasu gusa kugeza magingo aya zari kuba zikirwana niyo mpamvu zifashishije ahanini abanyapolitiki bâ abanyarwanda nka Patrick Mazimpaka nâ abandi kugirango zumvikanisha impamvu zafashe imbunda. Patrick Mazimhaka watabarutse ku myaka 70 yâ amavuko ni umwe mu banyapolitiki  baharaniye ko impunzi zâ abanyarwanda zo muri 1959 zitaha mu gihugu ubwo […]
Neymar yateye utwatsi ibyâamakuru avuga ko Real Madrid igiye kumugura Miliyoni 400 zâAmayero
Neymar, umusore wâimyaka 25 yâamavuko ukomoka muri Brezil, ubu akaba akinira ikipe ya Paris Saint- Germain (PSG) yo mu Bufaransa, yanyomoje amakuru yavugaga ko yaba ari mu nzira zo kugaruka muri Espagne. Ibihuha byatangajwe, byagaragazaga uburyo Neymar azagurwa na Real Madrid miliyoni 400 zâAmayero, akongera gusubiza muri Espgane mu gihe yari amaze igihe gito ahavuye […]
Perezida Museveni nawe yatanze inkunga yo gufasha umuhanzi Radio
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda nawe yikoze mu mufuka atanga inkunga yo kuvuza umuhanzi Mozey Radio wo muri GoodLyfe umerewe nabi nyuma yuko aherutse gukubitirwa mu kabari agakubita hasi umutwe akanavunika ijosi. Perezida Museveni akaba yatanze inkunga ya miliyoni 30 zâamashilingi yahawe ivuriro rizwi nka Case Clinic ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Uwitwa […]
Urutonde rwâ abahanzi nyarwanda bagize amahirwe yo kujya mu mahanga bagakomeza umuziki
Mu gihe  hari abahanzi bamara kwambuka imbibi zâ igihugu bagahita bashyira hasi umuziki hari bamwe babona aya mahirwe maze bikababera uburyo bwo kurushaho guteza imbere inganzo yabo imbere. Abakurikiranira hafi ibijyanye nâ imyidagaduro basanga abahanzi bagera mu mahanga bakabireka bituruka ku mpamvu zitandukanye. Ku ruhande rumwe, bamwe bahagarika ubuhanzi bitewe nâ ubuzima bahura nabo mu […]
U Burundi bwiyemeje kwiyegereza ibihugu byâibihangange ku isi mu bijyanye nâumutekano
Inama yâAbaminisitiri yateranye mu cyumweru gishize, yashyizweho ingamba nshya zo gukomeza umubano nâibihugu byâibihangange ku isi mu bijyanye nâumutekano, ibi ngo bikazafasha u Burundi mu gukaza umutekano nâigisirikare cyabwo. Mu bijyanye nâumutekano, u Burundi bwiyemeje gukomeza umubano na Afurika yâEpfo nâu Bushinwa, naho mu bijyanye no gukomeza igisirikare, iyi nama yâAbaminisitiri yabaye ku wa kane […]
Ibyo Diamond na Wema Sepetu bakoreye mu ruhame, byatumye benshi babibazaho
Umuhanzi Diamond wo muri Tanzania wari umaze imyaka irenga itatu arekanye na Miss Wema Sepetu bakundanaga, aba bombi bagaragaye mu ruhame bahoberana cyane ndetse bagira nâicyo baganira bongorerana abandi batabashije kumva. Mu birori byabaye ku cyumweru tariki ya 28 Mutarama 2018, byateguwe na Wasafi Record byo kwakira umuhanzi mushya, Marombosso uzwi nka Mbosso ugiye kuzajya […]
Uvira : Inyeshyamba 3 za FNL ziciwe mu mirwano yazihuje na FARDC
Abantu batatu kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Mutarama, baguye mu mirwano yabereye Kiliba muri Teritwari ya Uvira yahuje ingabo za leta ya Congo nâabarwanyi bâumutwe wa FNL urwanya ubutegetsi bwâu Burundi. Amakuru aturuka aha aravuga ko imirwano yatangiye saa munani zâijoro igakomeza kugeza saa kumi nâebyiri za mugitondo nkâuko iyi nkuru dukesha Radio Okapi […]
Ibintu 10 wakwifashisha mu kubaka urugo rwawe
 Urugo cyangwa se umuryango ni ishingiro ryâibyishimo, amahoro nâiterambere mu gihugu, iyo imiryango idakomeye igihugu kirahungabana. Nyamara kugira ngo umuryango ukomere bisaba kwihanganirana, kubabarirana, kumenyana nâibindi ari nayo mpamvu twasanze ari ngombwa ko umenya aya mabanga kuko yagufasha kugira urugo ruhagaze neza. Ku bubatse ingo no kubitegura kurushinga ni byiza ko mumenya ibi BURI […]
Stromae wari warabuze yongeye kugaragara mu isura idasanzwe (Amafoto)
Paul Van Haver wamenyekanye cyane nka Stromae ni Umubiligi ufite amaraso y’u Rwanda yamamaye mu ndirimbo nyinshi zitandukanye zakunzwe muri Afurika by’umwiharika hano mu Rwanda nk’igihugu akomokamo kuri ubu yatunguye abafana ubwo yongeraga kujya muruhame. Nyuma y’igihe kitari gito Stromae ahagaritse umuziki ntabwo byari byoroshye ko umubona mu ruhame ni nyuma y’igihe acecetse gusa yaje […]
Addis:Ikiganiro hagati ya Perezida Kagame na Museveni cyitezweho ukuri ku mikorere ya RNC
Mu gihe hari hashize igihe kinini ibihugu byâ u Rwanda na Uganda bitavuga rumwe , Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yagiranye  ikiganiro na Perezida Paul Kagame I Addis-Abeba kuri Sheraton Hotel kuwa 30 Mutarama 2018. Abakurikiranira hafi  politiki yo mu karere batangiye kuvuga ko uyu mubonano hagati yâ aba baperezida babiri ushobora gutuma umwuka […]
Umunyarwanda, Cyemayire Emmanuel washimutiwe muri Uganda, aravuga ko avuye i Kuzimu-Video
Emmanuel Cyemayire, umunyarwanda wari umaze iminsi 25 afungiye muri Uganda, atangaza ko byamubereye nkâinzozi abonye ageze ku butaka bwâu Rwanda bitewe naho avuye yita i Kuzimu. Mu kiganiro yagiranye nâ abanyamakuru i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018, aho arimo kwivuriza ku bitaro bya polisi, Cyemayire atangaza ko yafashwe nâinzego zâiperereza za […]
Isesengura : Ikibazo cyâ umubano wâ u Rwanda nâ u Bufaransa kizakemurwa nâ amateka
Hashize imyaka 2 nâ amezi 4, u Bufaransa butagira ubuhagarariye mu Rwanda, kuva ubwo Michel Flesch wari uhagarariye iki gihugu yajyaga mu zabukuru. Akimara kujya mu kirihuko ,Umukambwe Flesh asimbuwe na Fred Constant abengwa nâ u Rwanda birangira yoherejwe muri GuinĂ©e Equatoriale. Amateka ya politiki yâ ibihugu byombi agaragaza ko ibi ari ingaruka zituruka ku […]
Urutonde rw'abapasiteri 20 ba mbere bakize kurusha abandi ku Isi
Umupasiteri wa mbere ukize kurusha abandi ku isi afite akayabo ka miliyari isaga yâAmadolari nkâuko bigaragara ku rutonde rwâabapasiteri 20 bakize cyane kurusha abandi ku Isi rwa Forbes. 1.Edir Macedo: Â Ni umupasiteri akaba nâumuvugabutumwa wo muri Brazil ufite miliyari 1,1 zâAmadolari. Uyu washinze itorero rizwi nka Universal Church of the Kingdom of God akaba anafite […]
Hagaragaye umwana w'umukobwa Zari yabyaye mu myaka 25 ishize akamuhisha
Umukunzi wa Diamond Platnumz akaba n’umushoramari Zarinah Ttale wamenyekanye nka Zari Hassan umugore w’abana batanu bazwi yabyaye kubagabo babiri aribo Diamond na Yvan Semwanga gusa kuri ubu hagaragaye undi mwana w’umukobwa yabyaye ku mu DJ mu mwaka 1993 mbere yo kubana na Yvan Ssemwanga. Ibi byatahuwe nyuma y’uko Zari Hassan atangarije ko afite abana batanu kandi […]
Benyamin Netanyahu arashinjwa kugerageza kongera kwandika amateka y'u Rwanda
Abayobozi bâuruhande rutavuga rumwe nâubutegetsi muri Israel bibasiye Minisitiri wâIntebe, Benyamin Netanyahu bamuziza gushyigikira Guverinoma yâu Rwanda mu cyo bise gushyira Abahutu baguye muri jenoside ku ruhande mu gihe cyo kwibuka bavuga ko ari ukugerageza kongera kwandika amateka. Umuyobozi wâishyaka ryâabakozi, Avi Gabbay, ashinja Netanyahu kongera kwandika amateka nkâayo yashinje inteko nshinga amategeko ya Pologne […]
Ingingo zagufasha kwegukana umukobwa muhuye bwa mbere
Umusore wese aho ava akagera iyo ahuye n’umukobwa atekereza byinshi muribyo harimo no kwibaza uko byagenda abaye ari gusomana n’uwo yitomboreye, gusa ushobora guhubuka ugasanga uhataye ibaba.  Nusoma neza izi ngingo urasobanukirwa uburyo wakwitwaramo ukahacana umucyo. 1.Wimwereka ko ushaka kumusoma: Umukobwa wese mu menyanye aba agishaka byinshi byo kukumenyaho biba byiza rero iyo ugenze buhoro […]
Ikipe ya Volley yâ abagore ikinirwa ku mucanga izitabira imikino ya Commonwealth
Ikipe yâ abagore ya Volleyball ikinirwa ku mucanga niyo yo nyine izahagararira Afurika mu mikino ya Commonwealth iteganyijwe gutangaira kuva kuwa 4 kugeza kuwa 15 Mata 2018 mu Mujyi wa Queensland muri Australie. Abanyarwandakazi ,Charlotte Nzayisenga na Denyse Mutatsimpundu batsinze imikino nyuma yo kwegukana umudari wâ izahabu wiswe « CAVB Beach Volleyball Cup 2017 » […]
Umwaka Perezida Kagame agiye kumara ayoboye UA, yitezweho kurangiza ikibazo cya FDLR
Ikigo cyâubushakashatsi giharanira Amahoro, Demokarasi nâUburenganzira bwâIkiremwamuntu (CEPADHO), cyizeye ko umwaka Perezida Kagame agiye kumara ayoboye umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, uzajya gushira nâibikorwa byâiterabwoba bikorwa nâinyeshyamba za FDLR birangiye. Iki kigo cyatangaje ibi mu itangazo cyasohoye ku wa Mbere tariki ya 29 Mutarama 2018, i Beni muri Kivu yâAmajyaruguru, kigendeye ku bunararibonye kivuga ko […]
Umugabo wari utwite, yabyaye umuhungu none yagiriwe inama yo kumwica bimutera ihungabana
Abagabo benshi bavuga ari abahungu ndetse banafite igitsina cyâumuhungu, ariko rimwe na rimwe umugabo ashobora kuvuka mu mubiri wâumugore, ibi ni ibisobanurwa na Trystan Reese wâimyaka 34 yâamavuko mu kiganiro yagiranye na TF1, bwiza.com ikesha iyi nkuru. Â Trystan Reese avuga ko yavutse afite umubiri wa kigore, uyu munyamerika kandi avuga ko nta munsi numwe […]
Akamasa Ki Indwanyi Chorale Ingabire
Kanda hano wiyandikishe ( Subscribe) ubona ibiganiro, indirimbo kandi bishya mu mashusho
Perezida Kagame yatangiye inshingano ze zo kuyobora A.U. ahamagaza Inama Idasanzwe yâAbakuru bâIbihugu i Kigali
Perezida wa Niger, Mahamadou Issoufou, yatangaje ko perezida Paul Kagame, watangiye kuyobora A.U, yahise atumiza Inama idasanzwe yâAbakuru bâIbihugu na za Guverinoma kuri uyu mugabane wa Afurika izatangirizwamo ku mugaragaro, Umushinga ZLEC, ugamije kwihutisha iterambere ryâubukungu muri Afurika, izateranira i Kigali kuwa 21 Werurwe 2018. Kuri perezida wa Niger watangarije ibi mu kiganiro yahaye itangazamakuru […]
Uganda : Abafite abana bari bajyanywe mu gisirikare cya RNC  basaba ko Rugema Kayumba abiryozwa
Nyuma yaho ku wa 11 Ukuboza 2017, Uganda na Tanzania, batangiriye ndetse bata muri yombi itsinda ryâ urubyiruko rwâ impunzi zâabanyarwanda zari zerekeje mu myitozo yâumutwe urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, RNC, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, a babyeyi baratabaza . Uru urubyiruko  rugera kuri 45 rwatawe muri yombi  rwabaga mu nkambi yâ […]
Rutahizamu Espoir FC yakuye muri Uganda yijeje kuyigumisha muri shampiyona
Rutahizamu mushya ikipe ya Espoir FC yakuye mu gihugu cya Uganda arizeza gufasha iyi kipe kuguma mu cyiciro cya mbere dore ko iri ku mwanya wa nyuma nâamanota 8 mu mikino 10. Mu kiganiro cyihariye uyu rutahizamu witwa Fred Kyambadde yagiranye nâurubuga Kawowo Sports kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Mutarama ari i Rusizi, yahishuye […]
Umubyibuho Rihanna afite watumye abafana bamwibazaho ko yaba atwite- AMAFOTO
Umuhanzikazi Rihanna w’imyaka 28 y’amavuko, yagiriye ibihe byiza mu birori byo gutanga ibihembo (Grammy Awards), ahakura nâigihembo, ariko imibyinire ye yatumye bamwe mu bafana batekereza ko yara yarahinduye imibyinire ngo abashe kugabanya ibiro. Rihanna yagaragaye aza yambaye imyenda yâumukara, nyuma aza kugaragara ku rubyiniro yambaye ikanzu itukura ariko igaragaza imiterere yâumubiriri we ari nayo yabyinanye. […]
Uwigeze gukangisha Obama kumwica yongerewe igihano nyuma yo kuvuga ko azica na Donald Trump
Umugabo wari ugeze ku musozo wâigihano cyâigifungo yahawe azira gutera ubwoba perezida Obama nâumuryango we ubwo yari akiri ku buyobozi ntagifunguwe vuba aha nkâuko byari biteganyijwe azira gutera ubwoba na perezida Donald Trump. Uyu mugabo ufungiye muri gereza yo muri Florida yari yakatiwe imyaka 5 yâigifungo azira kuvuga ko azica perezida Barack Obama nâabandi bo […]
Ubushakashatsi : Ibibazo byateye ubwicanyi mu Burundi no mu Rwanda  si impanuka
 Ubushakashatsi butandukanye bwagiye bugaragaza ko ibibazo byaranze amateka ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ndetse nâ ubwicanyi bwagiye buba mu Burundi mu bihe binyuranye atari impanuka. Urugero rwa mwalimu wâ imbonezamubano mu Bufaransa muri Kaminuza yâ I Paris I, Dr.  AndrĂ© Guichaoua asanga ishyano ryâ amoko ryibasiye akarere kâ Ibiyaga Bigali atari ubuhubutsi bwâ […]
Dore ibintu ugomba kwitondera mu gihe ugiye kuryama urikumwe n'undi muntu
Mu buzima bwa buri munsi hari amakosa amwe na mwe dukora akaba yanatuma tugaragara nabi nyamara natwe twabigizemo uruhare, ibi nikimwe no kuba wajya kurya uri kumwe n’undi muntu ugakora aya makosa tugiye kurebera hamwe yatuma uwo muri kumwe atabyishimira kabone n’ubwo atabikubwira 1.uzirinde kujya mu buriri udakarabye: Abantu benshi bakunze kumva ko bashobora kuryama […]
Umuhanda wa gari ya moshi Isaka-Kigali uzatwara miliyari zisaga 2 zâamadolari
Imirimo yo kubaka umuhanda wa gari ya moshi Isaka-Kigali biteganyijwe ko izatangira mu kwezi kwâUkwakira uzatwara miliyari zisaga 2 z’amadolari mu gihe u Burundi bwo bwivanye mu masezerano. Minisitiri wâibikorwaremezo, James Musoni na mugenzi we wa Tanzania ushinzwe itumanaho, ubumenyi nâikoranabuhanga, Makame Mbarawa nibo batangije uyu mushinga ku mugaragaro kuwa 20 Mutarama I dare s […]
Mu ndirimbo nyafurika 10 zasuwe cyane kuri youtube nta yâ umunyarwanda izamo
Mu gihe mu Rwanda hari umuyoboro wa internet wihuta byakagombye gufasha abaririmbyi mu kumenyekanisha ibihangano byabo ariko  si uko bimeze kugeza magingo aya. Amashusho yâ indirimbo zâ ababahanzi yakoze ku mitima ya benshi ndetse ziranasurwa na barenga miliyoni bakomoka mu bihugu bya Nigeria, Togo, Cameroun, CĂŽte dâIvoire ndetse na  RDC.  Wizkid : Muri Nyakanga 2017, […]
Cristiano Ronaldo yakuriye inzira ku murima abibwiraga ko yaba agiye kuva muri Real Madrid
Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga nyuma yâamakuru amaze iminsi ahwihwiswa ko yaba ateganya kuva muri Real Madrid akaba yajya gukinira indi kipe, avuga ko nta gahunda yo kuva i Santiago Bernabeu afite. Mu kiganiro Ronaldo yagiranye nâitangazamakuru ryo muri Espagne akagira icyo abazwa kuri aya makuru amaze iminsi avugwa, yaboneyeho gutangaza urukundo akunda ikipe akinira […]
Ibintu 8 utari uzi ku mwami Mswati III ufite abagore 15 nâabana 32
Mswati wa 3 ni umwami wa Swaziland, uvugwa cyane mu itangazamakuru kubera abagore benshi afite kandi agikomeje no kurongora abandi, aza ku rutonde rwâabakire ba mbere muri Afurika akabaho mu buzima bwiza bwo kwinezeza mu gihe abaturage ayobowe babayeho mu buzima bwa gikene. 1.Mswati III ni umwe mu bahungu benshi bâumwami Sobhuza II wa Swaziland […]
Nyanza: Uwitwa Nsengiyumva wari warakatiwe gufungwa burundu yarashwe agerageza gutoroka gereza
Urwego rwâigihugu rushinzwe amagereza (RSC) rwarashe uwitwa Nsengiyumva Jotham, wari warakatiwe burundu nyuma yo guhamwa nâibyaha byâiterabwoba ubwo yageragezaga gutoroka Gereza ya Nyanza. Uyu akaba yahise yitaba Imana. Nsengiyumva Jotham ukomoka mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Cyuve yari yarakatiwe burundu azira ibyaha bifitanye isano nâiterabwoba birimo ubugambanyi no kurema umutwe witwaje intwaro. Uyu […]
Rwatubyaye yongeye amasezerano na Rayon Sport, anagirwa kapiteni
Umukinnyi ukina mu binyuma bakunze kwita (Myugariro) Rwatubyaye Abdul wamenyekanye cyane mukuzenguruka mu makipe mu buryo bw’ibanga kuri ubu yongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports bamwongereraho no guhabwa igitambaro cy’akapiteni(umukinnyi uhagarariye abandi). Abdul Rwatubyaye yaherukaga mu kibuga mu kwezi kwa 3 umwaka ushize wa 2017 ubwo ikipe ya Rayon sport yakinaga na […]