Twasuye Makanyaga Abdoul atubwira inkomoko âRubanda Ntibakakoshyeâ n'igitaramo yitegura mu BubiligiÂ
Bitewe nâubusabe bwa benshi, bwiza.com yasuye umuhanzi ufite inararibonye mu muziki Makanyaga Abdoul, aho akorera imyitozo yo kuririmba iwe mu rugo i Gikondo, akaba ari no kwitegura igitaramo azakorera mu gihugu cyâUbubiligi muri Mata 2018. yaduhishuriye byinshi bifitanye isano nâubuzima bwe ndetse na bimwe mubyo abantu batazi kubihangano bye. Kurikirana ikiganiro twagiranye: Bwiza: Tugusuye iwawe […]
REB iratakambira MINIJUST ngo iyifashe gukemura ikibazo ifitanye nâaba Mentors
Ikigo cyâigihugu gishinzwe uburezi ( REB ) cyandikiye Minisiteri yâUbutabera (Minijust) kiyisaba kugifasha gushyikirana nâabari bashinzwe guhugura abarimu  mu rurimi rw’icyongereza ( mentors ), mu gihe bari bageze mu nkiko bakirega. Abarimu (mentors) bashinja REB kubahagarika ku kazi kandi amasezerano bagiranye agifite agaciro. Bavuga ko bandikiye inzego zitandukanye zirimo na Minisiteri  y’ Abakozi  ba […]
I Paris: Dr.Charles Twagira wari warakatiwe kubera ibyaha bya jenoside yahagaritswe ku mirimo ye mishya
Ubuyobozi bukuru bwâ Ibitaro byâi Paris byafashe umwanzuro wo guhagarika ku mirimo Dr Charles Twagira ushinjwa ndetse wanakatiwe burundu n’ Inkiko z’ u Rwanda kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994. Ibi bibaye mu gihe, Dr. Twagira yari yatangiye gukora mu Bitaro byitiriwe Paul Doumer mu nkengero zâ umujyi wa Paris ubwo […]
Mowzey Radio yiyongeye ku byamamare byihanuriye urupfu bikarangira rubatwaye
Umuhanzi wabarizwaga mu itsinda rya Goodlyfe Ssekibogo Mowzey Radio abaye umwe mu byamamare byagiye bivuga umunsi wiherezo ry’ubuzima bikarangira bibaye. Nkuko amateka agenda abigaragaza hari ibyamamare byinshi byabayeho gusa mu ipfa ryabyo bigatungura benshi bitewe n’uko batangazaga ikizabica cyangwa umunzi wiherezo ryabo bikaba uko. aha twavuga nka: 1.Ssekibogo Mowzey Radio:Â umuhanzi ukomoka mu gihugu cya […]
Abantu baricwa mu Burundi, bapfira mu maboko yâabasirikare, abapolisi nâImbonerakure- Claver Mbonimpa
Umuyobozi wâumuryango (APRODH) uharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu mu Burundi, atangaza ko abantu bakomeje kwicwa mu Burundi, Â bagwa mu maboko yâinzego zishinzwe iperereza nâImbonerakure. Mbonimpa Pierre Claver, atangaza ko iperereza ryakozwe nâimiryango iharanira uburenganzira bwâikiremwamuntu, Â rigaragaza ko abantu basaga 500 bishwe mu 2017, bazira ibitekerezo byabo bya politiki. Raporo ifite umutwe ugira uti âDo not Play with […]
Isirayeli: Abimukira banze koherezwa mu Rwanda bahitamo gufungwa burundu
Uyu mugambi ugamije koherereza abimukira ibihumbi 40 mu Rwanda ukomeje guteza impagarara hagati yâ abantu bigamba ko bagendera ku ndangagaciro nâ abavuga ko bakunda Isirayeli. Ku ruhande rumwe, hari abavuga ko Leta ya Benjamin Netanyahu igomba kwitondera icyemezo cyo kwirukana abimukira. Aha bashimangira ku mateka igihugu cyabo cyaciyemo mu bihe byâ intambara ya kabiri yâ […]
Uganda : Kuki Opozisiyo yemeza ko Gen. Kale Kayihura afatiye Perezida Museveni iry' iburyo?
Muri iyi myaka 10 ishize, abatavuga rumwe na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni bakomeza gushimangira  ko Umuyobozi Mukuru wa Polisi , Gen. Kale Kayihura James yahawe imbaraga zidasanzwe mu rwego rwo kongera Leta imbaraga. Opozisiyo iyobowe na FDC ya Dr.Cyiza Besigye ivuga ko Gen.Kale yahinduye polisi yâ igihugu igikoresho cya politiki gishyigikiye ndetse kinashyira […]
Abafana bakomeje gusaba Zari gutandukana na Diamond bita imfizi yâakarere
Mu gihe hari inkuru zikomeje gucicikana mu binyamakuru byo hirya no hino muri Afurika yâIburasirazuba, cyane cyane zigaruka ku muhanzi Diamond Platnumz nâabakobwa bararanye mu mahoteli, abafana bâumugore we, Zari, bakomeje kumusaba gutandukana na we, ko akomeje kumwicira izina. Umwaka ushize ubwo umunyamideli Hamisa Mobeto wo muri Tanzania yari amaze kugaragara muri Video yâindirimbo ya […]
Byarangiye Pallaso ariwe usimbujwe Radio witabye Imana muri Good Life
Bitewe n’urupfu rutunguranye rwa Mowzey Radio waririmbanaga na Weasel muri Good Life, ejo hashize tariki ya 06 Gashyantare 2018, abajyanama ba Good Life bakoze inama bemeza ko umuvandimwe wa Weasel, Pallaso ariwe ugiye kuba asimbuye Radio mu itsinda. Mu byagombagwa kwigwaho mu nama yabaye ejo hashize, harimo kwanzura niba itsinda Good Life riri buhagarare, kuba […]
Col. Tshibangu wari wahaye Kabila iminsi 45 ngo abe yavuye ku butegetsi, agiye gushyikizwa inkiko
Col.John Tshibangu wari umusirikare wa Leta ya Congo nyuma akaza kuyiyomoraho avuga ko agiye gushinga umutwe wâinyeshyamba, agiye gushyikirizwa inkiko. Col Tshibangu nyuma yo gutoroka igisirikare cya Leta (FARDC) yari yahungiye muri Tanzania, ndetse anatangaza ku mugaragaro ko yitandukanyije na Leta ari nabwo yari yatangaje ko ahaye Perezida Kabila iminsi 45 akaba yavuye ku butegetsi. […]
Amabanga : Abasirikare bakuru bavuga ikinyarwanda bavuye kuri Joseph Kabila yahirikwa ku ngoma
Abakurikiranira hafi politiki ya Congo-Kinshasa bemeza ko Perezida w’iki gihugu Joseph Kabila ashyigikiwe ndetse anafatiwe runini nâ abasirikare bakuru bavuga ururimi rwâ ikinyarwanda ku buryo bamuvuyeho ibye byamurangirana. Mu myigaragambyo yose yabaye irwanya ubutegetsi bwa Joseph Kabila yamusaba kurekura ubutegetsi, abasirikare bakuru bavuga ururimi rw’ikinyarwanda nka General Masunzu,General Musitafa n’abandi benshi bagiye bagaragara mu guhosha […]
Brazaville : Abanyarwanda bakuriweho sitati yâ ubuhunzi barahigwa bufuni na buhoro
Nyuma yaho u Rwanda rukuriyeho sitati yemerera abaturage barwo bahungiye mu mahanga nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, impunzi ziri muri Brazaville zisaga ibihumbi 8 zibayeyo nta byangombwa zifite. Aba banyarwanda bari barahungiye i Brazaville batangiye gutabwa muri yombi baryozwa kuba babaye muri iki gihugu binyuranye nâ amategeko kuko Leta irabasaba kwerekana urupapuro rwâ inzira […]
Umusore yanteye inda, yambwiye ko nimbyara umukobwa atazemera ko tubana, namenye ko ari we ntwite-NKORE IKI?
Nitwa Belyse, irindi si ngomba kuritangaza, umusore dukundana yanteye inda, anyizeza ko tuzabana, ariko aho bigeze akomeje kunshyiraho amananiza ko nasanga ntwite umukobwa azahira bivamo. Nkâuko nanditse ngisha inama mwe mwese duhurira kuri bwiza.com, mu gihe duteganya kujya kwipimisha, nkaca mu cyuma nkamenya igitsina cyâumwana, nabanje kwikozayo njyenyine ngo menye ukuri. Nagiye ku bitaro bya […]
Geoffrey Wamala aravuga ko nyiri De Bar ari we watanze itegeko ryo guhana Radio
Geoffrey Wamala, watawe muri yombi nâigipolisi cya Uganda nkâumwe mu bakekwaho uruhare mu rupfu rwâumuhanzi Mozey Radio, yatunze urutoki nyiri akabari, De Bar, gaherereye Entebbe amushinja kuba ari we wateguye iyicwa ryâuyu muhanzi wasezeye ku Isi mu ntangiriro zâuku kwezi. Kuri uyu wa gatandatu ushize nibwo Wamala yatawe muri yombi afatiwe ahitwa Kyengera aho yari […]
Umugore yafatiwe ku mva ya Radio ayikoreraho imihango ya gipfumu
Polisi yo muri Uganda yataye muri yombi umugore utatangajwe amazina ubwo yamusangaga ahagaze ku mva ishyinguyemo Mowzey Radio. Uyu mugore ubwo yafatwaga, nkâuko ibinyamakuru byo muri Uganda bibitangaza, ngo yatangaje ko yari inshuti ya Radio, ariko bakaba baramusanze abyina kuri iyo mva anafite ibyatsi, bikekwa ko yaba ari imihango ya gipagani (gipfumu) yayikoreragaho. Uyu mugore, […]
Uganda : Kuki Gen.Kayihura adacana uwaka nâ iperereza rya gisirikare ?
Ifungwa ryâ Umuyobozi wâ Ishyirahamwe ryâ abamotari, Abdalla Kitatta uvugwaho gukorana na Gen.Kale Kayihura ryatumye habaho kutavuga rumwe hagati yâ Urwego rwâ Iperereza rya gisirikare(CMI) nâ umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda. Amakuru atugeraho  aturuka mu nzego zâ umutekano za Uganda yemeza ko hashize iminsi hari ibiganiro mpaka bishyira Gen .Kayihura mu majwi aho ashinjwa gukingira […]
RDC: Amerika yafatiye ibihano abayobozi bane barimo Umunyarwanda nâumujenerali muri FARDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziratangaza ko zafatiye ibihano abantu bane barimo umusirikare ufite ipeti rya Jenerali mu gisirikare cya Congo (FARDC) ndetse nâabandi bayobozi batatu bâinyeshyamba, barimo umwe wâUmunyarwanda. Ku wa Mbere tariki ya 5 Gashyantare 2018, nibwo Amerika yashyize aba bayobozi bane barimo GĂ©n.Muhindo Akili Mundos, ku rutonde rwiswe urwâumukara, kubera ibyaha bashinjwa […]
Umugore yarumwe nâinzoka apfana nâumwana yari atwite
Umugore utatangajwe amazina wâimyaka 27 yâamavuko, wari utwite, yarumwe nâinzoka ahita apfana nâumwana yari atwite. Uyu mugore watemberaga mu busitani bukikije inzu babagamo yâumuryango ku wa mbere tariki ya 5 Gashyantare 2018, mu gace ka Meekatharra muri Australia, yarumwe nâinzoka, ubumara bumwinjira mu mubiri, bimuviramo gupfa. Ikinyamakuru ABC News, gitangaza ko uyu mugore wâimyaka 27 […]
DRC : Abapadiri nâ abayoboke ba Kiliziya Gatolika bamagana Joseph Kabila bari mu mazi abira
Nyuma yaho i Kinshasa kuwa 4 Gashyantare 2018, umupadiri ashimuswe akanakubitwa nâ abantu bitwaje intwaro ariko batazwi abakristu batangaza ko ubwo ari bwose. Uyu mu padiri yajyanywe gufungwa nyuma yo gusoma igitambo cya misa avuga o yakubiswe ariko azakurekurwa nyuma yâ amasaha menshi, nkâ uko bitangazwa na RFI. Ibi bikorwa byâ iyicarubozo nibyo bituma abadiri […]
Neymar ari hafi gutwara Ballon dâOr- Ronaldo
Ronaldo LuĂ Âs NazĂ ÂĄrio de Lima, umunya- Brezil wabiciye bigacika muri ruhago mu myaka ya za 1997 â 2002, avuga ko mugenzi we Neymar ukinira ikipe ya Paris Saint-Germain ari hafi gutwara Ballon dâOr. Mu kiganiro yagiranye na SFR Sport, Ronaldo yatangaje ko bitari kera ko Neymara azatwara iki gihembo cyâagatangaza, akabishimangira ahereye ku buhanga agaragaza. […]
Kigali: Urukiko rwatesheje agaciro ikirego cyâuruganda rwâitabi rwâumuryango wa Rwigara Assinapol
Urukiko rw’ubucuruzi rwatesheje agaciro ikirego cy’uruganda rukora itabi rwa Premier Tobacco Company rwasabaga ivanwa ry’ifatira rya bimwe mu bikoresho byarwo. Uru ruganda rw’umuryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara rurega ikigo cy’imisoro ko cyaruteye igihombo gikabije kirubuza gucuruza mu gihe kingana n’amezi arindwi ashize. Gusa urukiko rwo rwavuze ko ibyemezo byose byafashwe n’ikigo gishinzwe imisoro (RRA) byari […]
Perezida Jacob Zuma ashobora kuva ku buyobozi nabi nka Mugabe Robert
Mu gihe ubuyobozi bwâishyaka ANC riri ku butegetsi muri Afurika yâEpfo busaba Perezida Zuma kuva ku butegetsi mbere yo kuwa Kane wâiki cyumweru, akomeje gutsemba ko bidashoboka kubuvaho. Biteganyijwe ko ku wa kane ari bwo mu nteko Nshingamategeko, hazavugwa ijambo hagaragazwa uko igihugu cyifashe ubu, Perezida Jacob Zuma akaba ashinjwa ruswa. Nkâuko BBC ibitangaza, ngo […]
Isesengura : Ni izihe nyungu Guverinoma zibona mu kohereza ingabo muri Somalia ?
Kugirango umenye impamvu ibihugu byinshi biharanira kohereza ingabo mu butumwa bwâ amahoro muri Somalia ugomba gusesengura ukabanza kumenya inyungu bishobora kuhabona. Ubu butumwa bwâ amahoro muri Somalia bwahawe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe(UA) butangira muri Mogadiscio muri Werurwe 2007 bugamije kurwanya no guhashya intagondwa za Al-Shabaab. Iki gikorwa cya gisirikare kimaze imyaka 11 kimaze guhitana […]
Gisagara: Abahinzi barahombywa nâigishanga kidatunganije!
Bamwe mu bahinga mu gishanga cya Rwamporera gihuza akarere ka Gisagara mu mirenge ya Mamba na Gikonko ndetse n’aka Nyanza mu murenge wa Ntyazo, baravuga ko baterwa igihombo no kuba iki gishanga kidatunganyije bityo bagasaba ko cyakorwa. Iki gishanga kingana na Hegitare 100, gihingwamo ibishyimbo, umuceri ndetse nâibigori. Gikorerwamo kandi na Koperative ihinga umuceri « Coproriz […]
Musore, dore ibintu 10 bizakwereka umukobwa utagukunda, utagamije kubana nawe
Muri aka kanya, musore ushobora kuba uri mu rukundo, ushobora kuba ufite umukobwa wita Cherie na we akakitaba mu kajwi gatuje ati âkarame cheriâ, ariko hagati aho, ijwi ryiza ntabwo risobanuye ko urukundo rwashize imizi, ko umukobwa muri kumwe afite gahunda zo kubaka urugo. Bwiza.com irakugezaho bimwe mu bimenyetso uzabona ku mukobwa, ugahita umenya ko […]
Mu gusezera Radio , Umupadiri yasabye abahanzi kwigira ku rupfu rwa mugenzi wabo
Mu gitambo cya misa cyo gusezera bwa nyuma Mowzey Radio  kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Gashyantare 2018, Padiri Deogratius Kateregga Kiibi  yahamagariye abahanzi kwitwararika no kwiyubaha mu rwego rwo kurinda impano nâ ubuzima bwabo. Atiâ Ibyamamare byinshi byirengagiza Imana kandi ari yo yabahaye impano bigatuma bareka inzira za kiliziya , insengero ndetse nâ […]
Dore impamvu ukwiye kumenya zituma umugore wawe atinya imibonano mpuzabitsina
Abagore benshi batinya gukora imibonano mpuzabitsina rimwe narimwe ugasanga banabikoze nabi bitewe n’ubwo baterwa nabyo gusa iyi si indwara kuko akenshi usanga abagore babyishyiramo bakarinda buzukuruza bumva bafitiye ubwoba budasanzwe imiboanano mpuzabitsina. 1.Gusakuza cyane no kuboroga biteye ubwoba nibyo biri ku isonga 2. Gukomeza umubiri mu gihe arimo gukora imibonano mpuzabitsina, aha ngo mu gikorwa […]
Opozisiyo irwanya Paul Kagame ifashe ubutegetsi ibintu byasubira irudubi -Philippe Lardinois
Kuba  opozisiyo nyarwanda ikorera muri diaspora yafata ubutegetsi igihugu cyasubira inyuma byashimangiwe na Philippe Lardinois wanditse igitabo “Paul Kagame, un de Gaulle africain” aho agereranya ibikorwa bya Perezida De Gaulle na Paul Kagame. Lardinois asanga mbere na mbere imikorere ya demokrasi igendana nâ amashyaka menshi ya politiki ndetse no kwemera ko abantu bashobora kugira ibitekerezo […]
Kuvanga cinema, muzika n' urugo ntibyoroheye Miss Shanel
Nyuma yâ igihe kinini atagaragara muri muzika , umuririmbyi wâ injyana afro R&B ubarizwa mu Bufaransa Shannel Nirere bakunga kwita Miss Shanel arateganya gukomeza muzika. Ibi byashimangiwe na Miss Shanel nyuma yâ igihe gito gishyize ashohoye indirimbo « Inkera » igakinywa ku maradio akorera hano mu gihugu. Iyi ndirimbo « Inkera »  yabanjije kwandikwa na nyakwigendera Minani Rwema muri 2008, […]
Umugabo nâumukobwa we babyaranye umwana, none bagejejwe imbere yâurukiko bashinjwa ubusambanyi
Steven Pladl wâimyaka 42 yâamavuko nâumukobwa we, Katie Pladl wâimyaka 20, babanye mu buryo butemewe babyarana umwana, nyuma yaho amakuru amenyekanye batawe muri yombi bagezwa imbere yâubutabera bashinjwa ibyaha birimo ubusambanyi nâubuzererezi. Mu mpera za Mutarama, nibwo batawe muri yombi na polisi muri Caroline yâAmajyaruguru. Katie Pladl yavutse mu 1998, arererwa mu wundi muryango, mu […]
U Burundi burashinja u Rwanda kwica umuturage wabwo rukamujugunya mu Kanyaru
Polisi yo mu Burundi yatangaje ko hari umurambo w’Umurundi witwa Niyonkuru Sylvestre wâimyaka 46 yâamavuko, watoraguwe mu ruzi rw’Akanyaru, ikaba ihamya ko yajugunywemo amaze kwicirwa mu Rwanda. Babicishije ku rukuta rwabo rwa Twitter, polisi yâi Burundi yagize iti âUmurambo wa Niyonkuru Sylvestre wâimyaka 46 yâamavuko wabonywe ureremba mu mazi yâuruzi rw’Akanyaru muri Kidobori (Busiga, mu […]
Goodlyfe iracyahari, ndakomeye kandi nzakomeza nkore njyenyine-Weasel Manizo
Nyuma y’inkuru y’incamugongo yamenyekanye mu rukerera rwo kuwa 01, Gashyantare, 2018 y’urupfu rw’icyamamare muri muzika ya Uganda, Radio Mowzey waririmbanaga na Weasel mu itsinda rya Goodlyfe kuri ubu mugenzi we Weasel, aratangaza ko Goodlyfe igihari kandi adafita gahunda yo gusimbuza Radio mu itsinda. Â Ibi yabitangaje nyuma y’umunsi umwe umuhanzi Radio amaze ashyinguwe ubwo yaganiraga […]
U Bufaransa: Dosiye ya Dr. Charles Twagira ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yubuwe
Nyuma yaho bivugiwe ko  Dr. Charles Twagira ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yongeye guhabwa akazi mu Bitaro bya Liancourt mu Bufaransa, dosiye ye yongeye gutangira kuvugwaho byinshi. Nyuma  yâ inkuru yasohotse mu Kinyamakuru « Oise Hebdo » ivuga ko  Dr. Charles Twagira ushinjwa uruhare muri jenoside, wahoze ari umuyobozi mukuru wâ ibitaro bya […]
Ucyekwaho kwica Mowzey Radio yatawe muri yombi
Mu ijoro ryo ku wa 4 Gashyantare 2018, nibwo Polisi yo mu gihugu cya Uganda yataye muri yombi umugabo ucyekwaho kwica abigambiriye umuhanzi Radio waririmbaga mu itsinda Goodlyfe. Ni umugabo witwa Godfrey Wamala bakunda kwita Troy, ubwo Radio yakubitirwaga mu kabari ka De Bar gaherereye i Entebbe, barasangiraga. Ngo akimara kubona ko ubuzima bwa Radio […]
Burundi :Abantu basaga 500 nibo bishwe muri 2017
Uyu mubare watangajwe nâ Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Aprodh wari usanzwe uyoborwa na Pierre-Claver Mbonimpa, wari ugiye kwicwa muri 2015. Uratangaza ko mu mwaka wa 2017 mu Burundi hishwe abantu basaga 500. Ihohoterwa nâ ubwicanyi bikomeje gufata intera ndende mu Burundi mu gihe bivugwa ko hari imitwe itandukanye yitwara gisirikare imwe ishyigikiwe na Leta […]
Umugore yabyaye abana batatu abita Jérusalem, Capitale na Palestine
Ubwo abandi baturage bo muri Palestine bigaragambyaga mu mihanda bamagana icyifuzo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ko JĂ©rusalem iba umurwa mukuru wa Israel, umugore wabyaye abana batatu muri icyo gihe yahise abaha amazina ya  JĂ©rusalem, Capitale na Palestine. Nk’uko 7sur7 ibitangaza, Umusilamu , Al-Sukili wâimyaka 25 yâamavuko, wabyariye rimwe abana batatu […]
Ruhango: Inzego zâibanze ziravugwaho uburangare mu gukemura ibibazo yâabaturage
Ikibazo cyo kurangaranwa kwâabaturage nâabakabakemuriye ibibazo, kigarukwaho na bamwe mu baturage ndetse kigashimangirwa nâurwego rwâumuvunyi. Nyirandinkabandi Antonia, na Mukamugema Ewonia, batuye mu karere ka Ruhango, umurenge wa Ruhango, bavuga ko  bafite ibibazo ahanini bigendanye no kurangaranwa nâubuyobozi ntibubibakemurire , aho bavuga ko bimaze imyaka irenga 4. Mukamugema ngo yatsindiye isambu, ubuyobozi ntibwamufasha kuyihabwa, naho Nyirandinkabandi […]
Dore ibimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Nkâuko dusanzwe tubagezaho inkuru zâurukundo, zifasha abashakanye kubaka urugo neza, bwiza.com yabakusanyirije bimwe mu bimenyetso bizakwereka ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina. Ubundi iyo umgore arangije arisimbiza cyane akakwiyegereza ariko iyo ntacyo muhishanya akubwira ko arangije, ushobora no kumubaza kugira ngo urusheho kumushimisha. Ku bamenyereye gutera akabariro ntibigoye kumenya ko umugore yarangije […]
Ese urwikekwe hagati yâu Rwanda na Afurika yâEpfo rwaba imbogamizi ku mavugurura ya Afurika Yunze Ubumwe?
Urwikekwe ruri hagati ya Afurika yâEpfo nâu Rwanda ngo rushobora kuba imbogamizi ku migambi igamije gutuma Afurika Yunze Ubumwe irushaho kuba umuryango ukora ibintu byawo neza kandi wihagije. Perezida Jacob Zuma kuri ubu uyoboye umuryago wa SADC, ugamije iterambere ryâibihugu bya Afurika yâamajyepfo, yashyize ahagaragara urutonde rwâibintu atemera mu nzira yâamavugurura ya Afurika Yunze Ubumwe […]
DRC :Abanyamurenge bashoreye inka bambutse Kivu bagiye gushakisha idorari i Kinshasa
Istinda ryâ abashumba nâ abacurizi bâ Abanyamurenge bamaze amezi menshi bashoreye amasho yâ inka bazivanye muri Kivu yâ Amajyepfo bagamije kujya kuzigurisha ku mafaranga menshi mu Mujyi wa Kinshasa. Ibi bikomeje gushimangirwa n’ abaturage bo Ntara ya Bandundu batangajwe no kubona aba banyamurenge bashoreye inka zabo bagaragara nk’ abantu bananiwe kandi bavuye kure. Amakuru atugeraho […]
Itsinda'Spice Girls' ririmbamo umugore wa Beckham rigiye kugaruka mu ruhando rwa muzika
Nyuma yâ imyaka itandatu bamaze batumvikana mu ruhando rwa muzika, abagore 5 Â bari bagize itsinda ‘Spice Girls’ bongeye guhurira mu Mujyi wa London bumvikana ko bagiye kongera gukorana. Umuherwe Simon Fuller wahoze ari umujyanama wa Spice Girls niwe watumye bano bakobwa bongera guhura ndetse banapanga uburyo bagiye kongera gukorana. Itsinda ‘Spice Girls’Â rikunze kuririmba indirimbo […]
1994: Kuki Paul Kagame atashatse guhita aba Perezida wa Repubulika?
Abasesenguzi mu byâ amateka ya politiki yâ u Rwanda bemeza ko nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi, Paul Kagame yari ahangayikishijwe nâ ikibazo cyâ umutekano kuko abari bararuhekuye nâ abafatanyabikorwa babo bari hafi barekereje. Iyo ngingo y’ umutekano ndetse no kutamenya neza ikirere cya politiki y’ u Rwanda nibyo byatumye Kagame atihutira kuba Perezida wa Repubulika […]
Real Madrid igiye kongera umushahara wa Cristiano Ronaldo
Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru ABC, icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne, mu mpeshyi yâuyu mwaka yiteguye kugirana ibiganiro bigamije kwongererwa umushahara ukagera kuri miliyoni 30 z’amayero. Iyi kipe ngo ishobora kumwongerera umushahara kugirango uyegayege uw’abandi bakinnyi bâibyamare ku Isi nka  Lionel Messi n’abandi. Ikinyamakuru ABC gikomeza gitangaza ko uyu […]
Imfura ya Fidel Castro wayoboye Cuba yiyahuye
Ku myaka 68 yâ amavuko , Fidel Castro Diaz-Balart, umwana wâ imfura wa Perezida Fidel Castro wahoze ayobora yiyahuye ku bwâ impamvu zihungabana yari amaranye igihe kitari kinini. Uyu munyabugenge mu byâ intwaro za kirimbuzi, bakundaga kwita “Fidelitoâbisobanura Fidel mutoya yari amaze iminsi arwaye ajyanywa mu bitaro ariko azagusezererwa akajya avurwa akurikiranirwa hafi. Iyi mfura […]
U Burundi bwasubije Congo abarwanyi 34 ba Mai-Mai bari barahahungiye imirwano
Inzego zâumutekano za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ziremeza ko u Burundi bwazishyikirije abarwanyi 34 ba Mai-Mai Yakutumba barimo komanda wabo baherutse guhunga imirwano ikomeye barwanaga na FARDC bagahungira mu Rumonge. Inzego zâumutekano za Congo zikaba zemeza ko mu ijro ryo kuri uyu wa gatatu ushize ari bwo Leta yâu Burundi yashyikirije Congo abo barwanyi […]
Miss Sepetu mu gahinda yatewe na konti ye kuri Instagram yinjiriwe nâaba hackers
Miss Tanzania 2006, Wema Sepetu yatangarije abakunzi be ko konti ye kuri Instagram irimo gukoreshwa nâabandi bantu atazi, akaba avuga ko nta bubasha afite bwo kugira icyo akoreraho . Miss Sepetu yari asanzwe afite abamukurikira (followers) basaga miliyoni eshatu, uyu mukobwa akaba avuga ko ari nkuru mbi kuri we, dore ko ari umwe mu byamamare […]
Uganda: Umunyarwanda yakatiwe gufungwa imyaka 20 azira kumena aside mu maso y'umuyobozi
Urukiko rwo muri Mbarara mu gihugu cya Uganda kuri uyu wa Kane ushize rwakatiye umucuruzi wâUmunyarwanda igihano cyâigifungo cyâimyaka 20 azira kugaba igitero ku munyapolitiki wo muri Mbarara akoresheje acid. Umucamanza mukuru mu Rukiko rwa Mbarara, Miriam Okello, yabanje gukatira imyaka 28 yâigifungo uyu witwa Geoffrey Ssali, utuye ahitwa Bukoto, muri Nakawa, ho mu murwa […]
Niba umugore wawe arangwa n'izi ngeso, jya uryama usinzire kuko watomboye neza
Kimwe mu bintu bikunze gutesha umutwe abagabo, ni abagore badatuza ngo bicare hamwe bubake urugo, ugasanga bashishikajwe no guca inyuma abagabo babo, gusa hari bamwe bafite umutima usanga bakunda byimazeyo iterambere ry’urugo rwabo. Nk’uko bwiza .com idahema kubagezaho inkuru z’urukundo zo kubaka, dore bimwe bizakwereka ko umugore wawe ataguca inyuma. 1. Yumva agukumbuye buri kanya […]
DRC : Uwaketsweho gushaka kwica umushumba mukuru wa Kiliziya yatawe muri yombi
Mu gihe hashize amezi menshi, Leta ya Joseph Kabila na Kiliziya gatolika muri Congo-Kinshasa bidacana uwaka, ku wa Kane tariki 1 Gashyantare 2018 ,hari umuntu wagerageje kugaba igitero mu nzu yâ umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika, cardinal Laurent Monsengwo ariko arafatwa. Amakuru yagiye atangazwa ko uwo muntu yari afite ibyangombwa bigaragaza ko ari umupolisi ndetse […]
Bimwe mu byaranze ubuzima bwa Mowzey Radio usize abana 5 n'abagore 2
Moses Nakintije Ssekibogo ni amazina yiswe n’ababyeyi bamwibarutse, naho ku mazina yiyise ari nayo yamenyekanyeho cyane kuva yatangira ibikorwa bifite aho bihuriye n’umuziki ni Mowzey Radio, ni umugande, yabonye izuba tariki 25 Mutarama 1985, akaba yitabye Imana tariki ya 1 Gashyantare 2018. Radio yinjiye mu muziki akora wenyine mbere yo guhuza imbaraga n’umuvandimwe wa Dr […]
Perezida Nkurunziza yiyemeje gukura amenyo abatifuza ko Itegeko Nshinga rivugururwa
Leta yâ u Burundi iyobowe na CNDD-FDD irimo gutegura amatora ya kamarampaka ashobora kuzafasha Perezida Nkurunziza kuguma ku butegetsi kugeza muri 2034. Ibi bitangiye kwemezwa nyuma yaho Leta nâ abafatanyabikorwa bayo batangije gahunda yo gusobanurira abaturage ingingo zimwe na zimwe zizavugururwa. Ibi bisobanuro bya Leta ya Nkurunziza nâ ishyaka rye rya politiki rigamije gushishikariza no […]
Ntabwo dushobora kugura Cristiano Ronaldo cyangwa Messi- Jose Mourinho
Umutoza wâikipe ya Manchester United, Jose Mourinho, atangaza ko ikipe atoza yihagije ku bataka, ko idashobora kugura Ronaldo cyangwa Messi. Avuga ko abataka ikie Man. Utd ifite ubu bayihagije ku rwego iriho, aganira nâikinyamakuru Express yagize ati âBiragoye kuri twe kugira icyo duhindura kuri atake, ni hehe twajya gushaka abakinnyi bahuza umukino nkabo dufite? Jose […]
RDC: Abayobozi bane barimo nâumunyarwanda bafatiwe ibihano na Loni
Agashami gashinzwe ibihano  gashamikiye ku kanama  ka Loni Gashinzwe umutekano ku Isi, , ku wa kane tariki ya 1 Gashyantare 2018, kafatiye ibihano abayobozi bane barimo nâumunyarwanda kubera ibyaha bakoreye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bane, bafatiwe ibihano byo kutemererwa kwidegembya mu mahanga ndetse no gufatira imitungo yabo, bashinjwa ubwicanyi no […]
Murumuna wa Zari yibasiye Diamond amuziza ibyo yakoranye na Miss Sepetu mu ruhame
Ku cyumweru tariki ya 28 Mutarama 2018, nibwo Diamond Platnumz yagaragaye mu birori arimo guhoberana mu buryo budasanzwe na Wema Sepetu bahoze bakundana, umwe akorakora undi. Ibi byatumye muramu we amwibasira ku mbuga nkoranyambaga. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, murumuna wa Zari uzwi ku izina rya Asha, yagaragaje uburyo Diamond akwiriye kubahisha umugore, nyuma […]
Volleyball: Umutoza watwaye igikombe, arasaba Abanyarwanda gutera ikirenge mu cyâIntwari zâu Rwanda
Umutoza wâikipe yâAkarere ka Gisagara mu mikino yâamaboko (Volleyball), Â Nyirimana FidĂšle, nyuma yo kwegukana igikombe cyitiriwe Intwari zâigihugu 2018, muri Volleyball, ahigitse ikipe ya volleyball ya REG amaseti 3-0, uyu mutoza yatangaje ko buri munyarwanda aho aherereye hose afite icyo agomba gukorera igihugu cyamubyaye. Â Ni imikino ngarukamwaka, aho ikigo cyâigihugu gishinzwe intwari zâigihugu, imidari […]
Ishyamba si ryeru muri CNARED igizwe nâabarwanya Leta ya Nkurunziza
Amashyaka atavuga rumwe na Leta yâu Burundi yishyize hamwe mu mpuzamashyaka CNARED, nyuma yaho hakuriweho uwari ayiyoboye hagatorwa Dr Minani Jean, hatangiye kuvugwamo ugucikamo ibice. Dr Minani Jean, yatorewe kuyobora CNARED asimbura Nditije Charles, ariko bamwe bagaragaje ko batamushyigikiye, iki kikaba ari ikimenyetso kigaragaza umwiryane uganisha ku ugucikamo ibice kw’iyi mpuzamashyaka. Abagaragaje ko badashyigikiye Dr […]
Ikoma rya Oda Paccy ryageze mu banyamideli bo muri Amerika- Amafoto
Nyuma yaho umuhanzikazi w’umunyarwanda Oda Paccy ashyiriye amafoto yikicyinga ikoma ku myanya y’ibanga bigateza umwuka mubi mubamukurira kumbuga nkoranya mbaga, ubu ikigezweho ni abanyamideli bakomoka muri leta zunze ubumwe z’Amerika bashyize hanze amafoto yabo bambaye amakoma gusa. Aba banyamideli babiri basanzwe ari abakozi ba companyi yitwa Victoriaâs Secret ikora ibikoresho bitandukanye harimo amavuta n’imibavu aba bombi […]
Kampala: Gen Muhoozi mu gahinda yetewe nâurupfu rwâumuhanzi Radio
Gen. Muhoozi Kainerugaba , Umuhungu wa Perezida Museveni, yatangaje ko ababajwe nâurupfu rwâumuhanzi Radio wari umwe muri babiri bari bagize itsinda (Goodlyfe) ryari rikomeye kandi rinakunzwe muri Uganda. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Gen Muhoozi yagize ati âBirababaje cyane kumva inkuru yâurupfu rwâumuhanzi ukomeye wâumunyempano, Mowzey  Radio, tuzahora tukwibuka , Ruhukira mu mahoro Radioâ. […]
Ozil yasinye amasezerano mashya muri Arsenal
Mu gihe hari amakuru yavugwaga ko umudage, Mesut Ozil ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Arsenal ko agiye kwerekeza mu yindi kipe yari itaramenyekana, kuri ubu yasinye amasezerano mashya yo gukomeza kuyikinira kugeza mu 2021. Babicishije ku rubuga rwa Internet rwâikipe ya Arsenal, batangaje ko Ozil ntaho azajya, ko yasinye amasezerano mashya. Bati âTunejejwe […]
Ese Twagiramungu Faustin yaba ari mu rugamba rwo kurwanya Leta ebyiri icyarimwe?
Twagiramungu Faustin ni umunyapolitiki wemera ko atavuga rumwe na Leta yâu Rwanda, mu gihe bamwe mu baturage ba Congo bari mu rugamba rwo kwamagana Perezida Kabika ku butegetsi, uyu munyapolitiki yatangaje amagambo agaragaza ko yifatanyije nabo muri urwo rugamba. Nyuma yâimigaragambyo yabaye ku cyumweru taliki ya 21 Mutarama 2018, Â abakristu Gatolika baherekejwe n’abihayimana bo mu […]