Burundi: Abasirikare bari mu butumwa bw’amahoro barataka inzara mu miryango yabo

Ingabo z’u Burundi ziri mu bikorwa byo kubungabunga amahoro muri Somalia zirishyuza imishahara y’amezi atanu, aho bamwe muri aba ngo baheruka umushahara mu kwezi kwa munani mu mwaka ushize bagasaba minisiteri y’ingabo kubaha ibisobanuro kubera ko bagenzi babo baturutse mu bindi bihugu bahabwa umushahara wabo ku gihe. Nk’uko abo basirikare babitangaza, ngo abayobozi babo babaha […]

Imiryango yo mu burasirazuba ifite ikibazo cy’inzara igiye guhabwa inkunga y’ibyo kurya

Guverinoma y’u Rwanda iri gutegura uko yatanga ubufasha bw’ibyo kurya ku miryango isaga 3,000 mu burasirazuba ikeneye inkunga yo guhangana n’ingaruka z’uruzuba rwibasiye iki gice. Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ikaba ivuga ko nubwo ibindi bice by’igihugu byagize umusaruro mwiza mu gihembwe cya mbere cy’ihinga muri uyu mwaka kiri ku musozo, ingo nyinshi mu burasirazuba bw’igihugu zabonye […]

Ni umusore w’umuganga, arashaka umukunzi w’umukobwa n’ubwo yaba yarabyaye nta kibazo

Muraho, nitwa Rutikanga Davis mfite imyaka 27, navukiye i Musanze ariko nkora kuri hopital ya Rwamagana,  ndi umuganga w’umwuga (medecin) ndashaka umukunzi uteye atya: – Uko yaba ateye kose afite gahunda ndetse ukuze bihagije ubyibushye bidakabije unanutse bidakabije -Yambara ipantalo ndetse nibindi ark yiyubashye atiyambika ubusa – Kuba afite gahunda vuba yakunda by’ukuri – Kuba […]

Vera Sidika yaburiye abagabo bifuza kumusoma ko bazirengera ingaruka

Vera Sidika, ni umunyakenyakazi uzwiho kumurika imideli ariko by’umwihariko, akaba akunze gushyira amafoto ku mbuga nkoranyambaga akavugisha benshi. Nk’uko ikinyamakuru cyo muri Tanzania kibitangaza ko uyu mukobwa ashyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga, ndetse akanashyiraho amagambo ashotora abagabo, ngo benshi bagiye bagaragaza ibyifuzo byabo ko bifuza kuba bamusoma. Abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, Sidika […]

Abo inzoga yandagaje mu ruhame- Reba amafoto nawe wisekere!

Inzoga nubwo benshi bayikunda ko ibafasha gusabana no gutera akanyabugabo, ariko iyo umuntu anyoye akarenze urugero, ishobora gutuma umuntu atakarizwa ikizere n’icyubahiro yari afite kikayoyoka. Mu kinyarwanda baca umugatu bati “Uyikura mu ntango ikagukura mu bagabo” gusa na none hari n’abavuga ko inzoga ari mucyura buhoro”. Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho […]

Urukiko rwanzuye ko Diamond azajya agenera Mobetto indezo ingana na miliyoni 2 buri kwezi

Nyuma y’igihe kirekire urukiko rukurikirana ikirego cya Hamisa Mobetto, yaregagamo umuhanzi Diamond Platnumz, kuba barabyaranye umwana akaba atamuha indezo nk’uko yabimwemereye  kuri ubu byamaze kwemezwa ko uyu Diamond Platnumz agomba kujya agenera Mobetto indezo ingana na 250.000ksh ushyize mu manyarwnda ni miliyoni 2 n’imisago, buri kwezi. Ibi bije nyuma yaho umuhanzi Diamond abyaranye umwana n’uyu […]

Nizeye ko Neymar azakomeza kugumana natwe igihe kirekire- Thiago Silva

Mu gihe hari amakuru yiswe ay’ibihuhu avuga ko ikipe ya Real Madrid ishaka kugura Neymar ukinira Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, bamwe mu bakinnyi bakinana, bavuga ko batifuza ko abavamo. Thiago Silva, akaba na kapiteni w’iyi kipe ya PSG, yatangarije itangazamakuruko ko iminsi mike Neymar amaze muri iyi kipe, batifuza ko yahita agenda, ko hari […]

Abafana ba Rayon Sports bakanze umutoza wa Lydia Ludic yo mu Burundi

Induru yonyine (abafana ba Rayon sports )bafite, ugize ubwoba watsindwa  nk’ibitego nka bitatu. Ibyo ni ibyatangajwe n’umutoza w’ikipe ya Lydia Ludic (LLBS4A)yo mu Burundi ubwo bari basubiye mu Burundi nyuma yo kunganyiriza kuri stade Amahoro n’ikipe ya rayon Sports mu mukino wa CAF Champions League wabaye kuwa gatandatu ushize. Kuri iki Cyumweru, itariki 11 Gashyantare […]

Ibitaro bya CHUK bigiye kwimurwa

Ibitaro bya CHUK bigiye kuvanwa mu mujyi wa Kigali byimurirwe I Masaka, aho bivugwa ko imyiteguro irimbanyije yo kwimura ibi bitaro bikavanwa hagati mu karere k’ubucuruzi. Dr Theobald Hategekimana, Umyobozi Mukuru wa CHUK, yemeje aya makuru mu kiganiro yahaye The New Times, ariko avuga ko byose biri gukurikiranwa na minisiteri y’ubuzima. Minisitiri w’ubuzima, Dr Diane […]

Uganda: Mu rugo rw’uwahoze mu ngabo za Amerika hafatiwe ibikoresho bya gisirikare yari atunze rwihishwa

Igipolisi mu gihugu cya Uganda cyateye urugo rw’Umunyamerika wahoze mu gisirikare washakanye n’Umugandekazi mu kumusaka kimusangana ibikoresho bya gisirikare bitandukanye birimo n’impuzankano. Uyu Munyamerika yitwa Paul Mathias Rogers akaba yari afite umugore w’umugandekazi witwa Lillian Kaitesi wari umaze igihe anamushinja kumuhohotera. Mu gusaka mu rugo rwe ruherereye ahitwa Bwabajja ku muhanda wa Entebbe, igipolisi cyahasanze […]

Chris Brown arifuza gukorana ibitaramo n'ibyamamare birimo Rihanna bari barashwanye

Umuhanzi Chris Brown, yatangaje ko agiye gukora ibitaramo hirya no hino ku isi. Abahanzi yifuza ko bazabimufashamo barimo na Rihanna wahoze ari umukunzi we nyuma bagashwana. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Chris yatangaje ko ibitaramo bye yise Ibidasanzwe, yifuza ko byazaba birimo abagabo babiri n’abagore babiri (2for2) b’ibyamamare ( Beyonce, Rihanna, Bruno Mars), bizakorerwa […]

Namenye ko umusore tugiye kubana aryamana (apfubura) abagore bakuze bakamuha amafaranga, arakize ariko byanteye impungenge- NKORE IKI?

Mbifurije icyumweru duhurira kuri uru rubuga rwa bwiza.com dukungurana inama, cyane cyane abubatse n’abari mu nzira yabyo. Na njye ndi mu nzira yo kurushinga, nitwa Janviere (rwahinduwe) ntuye mu Bugesera, umusore twiteguraga kurushinga mu mpeshyi we akorera mu mujyi wa Kigali Icyanteye impungenge, nakomeje kubaza umusore akazi akora mu mujyi wa Kigali, akambwira ko yoza […]

Ikipe ya Rayon Sports yaguye miswi na Lydia Ludic 1-1

Umukino ubanza wahuje ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda na LLBS4A yo mu Burundi kuriuyu wa gatandatu kuri Stade Amahoro warangiye amakipe yombi anganyije 1-1. Ni umukino w’igikombe cya Afurika cy’amakipe yatwaye ibikombe byinshi iwayo wari utegerejwe n’abantu batari bakeya dore ko ikipe ya Rayon Sports yari yanatangaje ko igomba gutsinda uno mukino uko […]

Bujumbura: Bigaragambije bamagana icyegeranyo cya Loni kigaragaza uburyo umutekano wifashe nabi

Abaturage bo mu mujyi wa Bujumbura, ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare 2018, bazindukiye mu mihanda barangajwe imbere n’abayobozi, bamagana icyegeranyo cy’umuryango w’Abibumbye kigaragaza uburyo mu Burundi umutekano ukomeje kuzamba. Icyegeranyo cyasohowe na Loni, kigashyirwaho umukono n’umunyamabanga mukuru wayo, Antonio Guteress, kigaragaza ko umwuka atari mwiza hagati ya Leta n’abatavuga rumwe nayo, ko badahuza […]

Sobanukirwa: Ese igitsina cy’umukobwa wakoze imibonano mpuzabitsina kenshi gishobora kongera kwegerana

Iki ni ikibazo benshi bakomeje kutubaza aha kuri bwiza.com, ndetse banafite impungenge dore ko iyo umusore asanze umukobwa arongoye, bashyingiranwe, agasanga yaragutse cyane, bishobora gutuma amusenda, kuko abona ko yabonanye n’abagabo benshi. Mu kiganiro bwiza.com yagiranye n’umwe mu bavura bakoresheje imiti iva mu bimera, avuga ko bishoboka cyane ko igitsina cy’umukobwa cyongera kwegerana iyo cyagutse […]

RDC: Hari gutegurwa indi myigaragambyo y’Abagaturika yo gusaba perezida Kabila kutaziyamamaza

Ihuriro CLC, rihuriyemo amashyirahamwe yiganjemo abakirisitu b’Abagaturika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ryahamagariye abaturage indi myigaragambyo yo gusaba perezida Kabila kuva ku butegetsi. Itangazo iri huriro ryashyize ahagaragara rirgira riti: “Ku itariki 25 tuzindukane n’iyonka, twamagane ubutegetsi bw’igitugu tutarebye ubudasa bw’insengero cyangwa amadini tuyoboka.” Ni mu gihe biteganyijwe ko amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika […]

Uganda: Abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahoteli 2 akomeye muri Kampala

Igipolisi cya Uganda cyatangiye iperereza rigamije kumenya ukuri ku rupfu rw’abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahotel ya Pearl of Africa Hotel na Kampala Sheraton Hotel zose ziherereye muri Kampala. Umuvugizi w’igipolisi, Emilian Kayima akaba avuga ko batangiye iperereza ku cyaha cy’ubwicanyi. Terasvouri Tuomas Juha Petteri w’imyaka 42, akomoka muri Finland akaba yarageze I Kampala ku […]

Umuhanzi Jose Chameleone yageze muri Congo aherekejwe na Dj Pius aho yitabiriye Amani Festival

Jose Chameleone aherekejwe na DJ Pius n’abandi yasesekaye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho yitabiriye Iserukiramuco ry’Amahoro (Amani Festival), rizaba risoza kuri iki Cyumweru. Iyi nkuru dukesha urubuga Bigeye rwo muri Uganda iravuga ko Chameleone yageze muri Congo ari kumwe na murumuna we, Pallasso ndetse na Dj Pius w’Umunyarwanda. Chameleone akaba azataramira abitabiriye iri […]

F-16 y’igisirikare cya Israel yari igabye igitero muri Syria yarashwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyabonye drone ya Iran yohererejwe muri Syria mu kirere cya Israel, mu gusubiza kigatera ibirindiro bya Iran biri muri Syria ariko imwe mu ndege zacyo ikaba yarashwe. Ku nshuro ya kabiri mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ngo urusaku rw’amabombe ya rockets […]

HCR isanga u Rwanda rudashoboye kwakira abimukira bazava muri isirayeli

Ishami rya Loni ryita ku mpunzi,UNHCR ryatangaje ko ryatangiye kuganira na Leta ya Isirayeli mu gushakisha ikindi gihugu cyakwakira abimukira bavuye muri Sudani na Eritrea  kuko u Rwanda rutujuje ibisabwa. UNHCR yabitangaje T ariki 7 gashyantare 2018 I Yerusalemu, ibi bibaye nyuma y’ ibiganiro by’ iminsi 2 aho yerekanye ko u Rwanda rudafite ubushobozi buhagije bwo kwakira […]

Rwamagana: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza kwiba banki akoresheje ikoranabuhanga

Polisi mu Karere ka Rwamagana yataye muri yombi uwitwa Emmanuel Shumbusho ukekwaho icyaha gikoreshejwe ikoranabuhanga (cybercrime) nyuma yo kugerageza kubikuza amafaranga akoresheje uburyo bwa mobile banking agashaka kwiba umukozi wa banki. Polisi ivuga ko kuwa Kane Shumbusho yinjiye muri Banki y’ubucuruzi, ishami rya Kigabiro agaha umukozi wa banki (Teller) cheque y’amafaranga 3.450,000 yashakaga kubikuza. Mu […]

U Rwanda rwanze kugira icyo ruvugana n’abadepite baturutse muri Israel

Abayobozi b’u Rwanda banze kwakira abadepite bo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel bari baje mu Rwanda bashaka kuganira ku kibazo cy’abimukira b’Abanyafurika Israel ishaka kwirukana, aho byakomeje kuvugwa ko ishaka kubohereza mu Rwanda no muri Uganda. Umwe muri aba badepite witwa Michal Rozin avuga na AFP dukesha iyi nkuru yagize ati: “Turi mu […]

Pacson aravugwaho kwiba ‘iPad’ ya televiziyo BTN agahita anatoroka akazi

Amakuru agera kuri Bwiza.com, aravuga ko umunyamakuru akaba n’umuhanzi uzwi ku izina rya Pacson yibye ‘iPad’ ya television nshya “BTN”, bari basanzwe bakoresha mu biganiro bitandukanye bamubaza akabihakana ariko akagira isoni zo kugaruka ku kazi ndetse agatangaza ko asezeye ku mwuga w’itangazamakuru. Mu minsi ishize nibwo Pacson yatangarije kimwe mu binyamakuru bya hano mu Rwanda […]

Bafashwe basaba miliyoni 60 ngo barekure umwana w’imyaka 3 bari barashimuse

Polisi yo mu mujyi wa Kampala yataye muri yombi abasore babiri bari barashimuse umwana w’umukobwa w’imyaka itatu, bakaka ababyeyi be miliyoni 60 z’amashilingi ya Uganda ngo babone kumurekura. Abafashwe ni Eric Nkoyooyo na Musa Sseruwagi, bakaba bari barashimuse umwana witwa Favour Nabukenya. Bafashwe barimo kwaka miliyoni 60 z’amashilingi ya Uganda, zabura bakajyana uyu mwana bari […]

Uganda: Hafashwe Umunyarwanda wagendaga asaba imisanzu yo kuzifashisha mu gutera u Rwanda

Inzego z’umutekano mu Karere ka Kakumiro mu burengerazuba bwa Uganda, zataye muri yombi Umunyarwanda bivugwa ko ari umuyobozi w’inyeshyamba wizezaga Abanyarwanda baba muri Uganda kuzabacyura nyuma yo guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda. Uyu witwa Dieudonne Kabanda w’imyaka 32, ni Umunyarwanda utuye mu giturage cya Tegula, muri Paruwasi ya Kitegula mu karere ka Kakumiro, akaba yarafatiwe […]

Abadepite 2 bo muri Israel baje mu Rwanda kureba uko abimukira bahoherejwe mbere babayeho

Abadepite Michal Rozin na Mossi Raz bo mu ishyaka, Meretz, ryo muri Israel guhera kuri uyu wa Kane batangiye urugendo mu Rwanda no muri Uganda rugamije ngo kureba uko abimukira bigeze koherezwa muri ibi bihugu bavanwe muri Israel babayeho. Rozin yavuze ko batangiye urugendo rwihutirwa rw’iminsi 4 mu Rwanda bagamije kwereka imiryango y’uburenganzira bwa muntu […]

Ikirego cy’umuvugabutumwa watutse abagore ko nta cyiza kibaturukaho, kigiye gusuzumwa na RMC

Urwego rw’ abanyamakuru rwigenzura ,(RMC) rugiye kugenzura ikirego cy’ ishyirahamwe Pro-Femmes Twese Hamwe gishyira mu majwi  inyigisho z’ umuvugabutumwa Nicolas Niyibikora zavugaga ko nta cyiza gituruka ku mugore. Mu  rwego rwo gusesengura ubutumwa Nicolas Niyibikora yatangarije kuri Radio Ubuntu Butangaje( Amazing Grace), Urwego RMC rwamaze kwanzura ko ruzatangira kugenzura iki kirego mu cyumweru gitaha kizatangira […]

Amafoto: I Nyamirambo hashinzwe ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ibitaro by’Akarere ka Nyarugenge

Kuri uyu wa gatanu, itariki 09 Gashyantare I Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge hashinzwe ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ibitaro by’akarere by’icyitegererezo. Ku ikubitiro hagiye kubakwa igice cya mbere kizatwara miliyari 5,957,253,920 z’amanyarwanda kigizwe n’ibyumba 120 bizaba byubatse Kuri hegitari 2,2. Uyu muhango ukaba witabiriwe na minisitiri w’ubuzima, Dr Diane Gashumba wari kumwe na ambasaderi w’u […]

Jose Mourinho arashaka kugura abakinnyi batatu ba Real Madrid

Umutoza w’ikipe ya Manchester United, Jose Mourinho, atangaza ko muri sezo itaha ashobora kugura abakinnyi batatu bo mu ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne.  Ikinyamakuru Express gitangaza ko n’ubwo avuga ko ashaka kugura batatu, ko umuzamu we, David de Gea na we ashaka kugenda .  David de Gea ngo ni we witangarije ko ashaka […]

Guhunga kwa Col.Kanyarengwe no gufungwa kwa Maj.Rizinde byahungabanyije Akazu ka Habyarimana

Nyuma yaho Habyarimana aketse ko mu gutoroka igihugu n’ igisirikare, Kanyarengwe ashobora kumugambanira, yahise akora amavugururwa yihuta ndetse anata muri yombi Maj. Theonetse Rizinde n’ abandi  abashinja gukorana na  Kanyarengwe bagamije kumuhirika ku ngoma. Kwirukana Theoneste Lizinde na Alex Kanyarengwe byatumye atongera gucana uwaka n‘abaturuka mu Bugoyi no mu Ruhengeri ( barimo abasirikare bakuru nka Lt. […]

Dore ibintu 5 bigayitse umugabo ashobora gukorera umugore we bikamutera guhurwa imibonano mpuzabitsina

Hagati y’abashakanye, igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ni ingenzi kandi ni na ngombwa kuko urugo ni naho rufatira izingiro, rimwe na rimwe iki gikorwa gishobora kuzambywa n’umwe, bikaba ngombwa ko undi agihurwa. Nk’umugabo ashobora gutuma umugore we ahurwa imibonano mpuzabitsina bitewe n’impamvu nyinshi zitandukanye bwiza.com igiye kukugezaho. 1.Kurangiza vuba: Umugabo urangiza vuba, ashobora gutuma umugore we ahurwa […]

Burundi: Hatangiye gukorwa lisiti z’abazitabira amatora ya referandumu

Guhera ku wa Kane, itariki 08 Gashyantare kugeza kuwa 17 Gashyantare, mu Burundi batangiye igikorwa cyo gukora amalisiti y’abazatora mu matora ya referandumu ateganyijwe muri Gicurasi 2018 nk’uko byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora. Perezida wa Komisiyo y’amatora, Pierre-Claver Ndayicariye abinyujije kuri radio y’igihugu, yavuze ko kuri uyu wa kane hatangiye igikorwa cyo gushyira ku malisiti […]

Ifoto umuhanzi Jaguar yashyize ahagaragara yamuteje abaturage bamutoreye kuba umudepite

Muri zimwe mu nkuru zavuzweho cyane mu gihugu cya Kenya ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kane, harimo n’inkuru y’umuhanzi Jaguar, nyuma yo kugaragara iruhande rw’imodoka ye nshya yo mu bwoko bwa Range Rover Sport bigatuma abaturage bamutoreye kubabera umudepite bamwibasira. Biravugwa ko byatangiye Jaguar ashyira ahagaragara ifoto ari hafi y’imodoka yo mu bwoko bwa […]

Lubumbashi: Abaturage bigaragambije nyuma y’abantu babateye bagafata ku ngufu abana babo

Abaturage babarirwa muri magana bo mu gace ka Kasungami mu mujyi wa Lubumbashi, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu, itariki 07 Gashyantare bakoze imyigaragambyo yamagana ihungabana ry’umutekano rikomeje gufata intera. Ni nyuma y’aho mu ijoro ryo kuwa kabiri rishyira kuwa gatatu, abantu bitwaje intwaro binjiye mu mazu atanu mu gace kabo […]

Umukozi wo mu rugo wari ukurikiranweho kwica umukozi mugenzi we yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo  rwakatiye igifungo cya burundu umukozi wo mu rugo ufite ubwenegihugu bw’u Burundi wari ukurikiranweho kwica umukozi mugenzi we amuteragura icyuma. Ubushinjacyaha kuwa 05 Mutarama bukaba bwaratsinze uru rubanza nyuma y’uko rwari rwasabiye uregwa, Bimenyimana Eric, igihano cy’ingifungo cya burundu urukiko narwo rukamuhamya icyaha cyo kwica Dusabeyezu Clementine bakoranaga mu rugo rumwe […]

Uwahoze ari umushumba wa Kiliziya Gaturika yaciye amarenga yo gusezera ku Isi

Papa Benedigito wa 16 wahoze ari umushumba mukuru wa Kiliziya Gaturika aratangaza ko ari mu minsi ye ya nyuma hano ku Isi. Uyu wahoze ari umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika mu rwandiko yashyize ahagaragara rwagaragaye muri kimwe mu inyamakuru byo mu Butaliyani, yavuze ko kubera aho yumva imbaraga z’umubiri we zigeze, bigaragaza ko yatangiye urugendo […]

Resitora zo muri Koreya y’Epfo zasabwe guhagarika guteka inyama z’imbwa zirabyanga

Mu gihe mu gihugu cya Koreya y’Epfo hagiye kubera imikono Olympic, izitabirwa n’abazaturuka imihanda yose y’isi, Leta yasabye abateka muri za resitora, kutagabura inyama z’ imbwa, ariko babyanze. Resitora 12 zikomeye cyane ndetse zinazwiho kugabura inyama z’imbwa mu mujyi i Pyeongchang , zari zasabwe kuba zihagaze kugabura izo nyama, ebyiri zonyine nizo zubahirije iri tegeko. Leta […]

Amakipe azaserukira igihugu mu mikino yose yakuriwe inzira ku murima

Mu izina rya Leta y’ u Rwanda , Minisiteri ya siporo n’umuco (MINISPOC) yabwiye amakipe azaserukira u Rwanda mu mikino itandukanye ko muri uyu mwaka ngo kuko inkunga yari isanzwe iyatera itazaboneka kuko ngo mu isanduku y’iyi minisiteri nta mafaranga arimo. Aya mafaranga yari asanzwe agenerwa amakipe azaserukira igihugu mu rwego rwo kuyashyigikira kugirango yitware […]

Uwahoze ari umuyobozi  wa Bangladesh yakatiwe imyaka 5 y’igifungo

Khaleda Zia wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Bangladesh kuri uyu wa Kane, itariki 08 Gashyantare 2018 yakatiwe igifungo cy’imyaka 5 abandi batanu bareganwa barimo umuhungu we bakatirwa gufungwa imyaka 10 bazira ibyaha byo kunyereza umutungo. Iki gihano Zia yagiherewe mu rukiko rwo mu murwa mukuru, Dhaka, nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza miliyoni 21 z’amafaranga […]

Mfite ubwoba n’isoni! umugabo wanjye yambwiye ngo nshake uwo tuzajya dukorana imibonano mpuzabitsina kuko we yarwaye impyiko- NKORE IKI?

Mu ntangiriro z’umwaka ushize nibwo umugabo wanjye yagiye kwa muganga basanga arwaye impyiko, yakuwe ku biryo n’ibinyobwa bimwe na bimwe ndetse banamusaba kutazongera gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe azaba atarakira. Icyo gihe cyose kigera ku mwaka nkimaze nigunze, numva umubiri wanjye udakora neza, hari igihe mba numva nkeneye umugabo cyane nkabura uko mbyifatamo. Muri iki […]

Ku myaka ye 50 “Dialo” umenyerewe mu mafilime agiye kwinjira muri muzika

Umukinnyi w’amafilime Musabyimana Charles, uzwi ku izina rya Dialo, aratangaza ko agiye gutera ikirenge mu cy’abandi bakinnyi ba filime basanzwe bakora ubundi buhanzi nko kuririmba cyangwa kwandika ibitabo. Aho we ngo uyu mwaka utari bumusige adashyize bimwe mu bihangano bye hanze mu buryo bw’indirimbo. Mu kiganiro yagiranye na bwiza.com, Dialo yasobanuye ko afite impano yo […]

Gusenga udacogora nibyo byatuma imvura igwa mu buzima bwawe-Pst Jimmy Muyango

Pastor wa Potter’ s Hand Church , Jimmy Muyango ashimangira ko gusenga byo nyine nibyo bishobora gutuma imvura y’ umuhindo ndetse n’iy’ itumba bigwa. Kuri iyi ngingo, Pst Muyango ashishikariza abakristu gushakana umwete Imana biciye mu gusengana umwete kugirango Imana izabiyereke. Aha yemeza ko ijambo ry’ Imana rigereranya imvura n’ amasengesho, imirima nayo isobanura imitima […]

Urutonde rw’ abahanzi 10 b’ Abanyarwanda bakora injyana ya Reggae

Mu gihe mu Rwanda abahanzi benshi bibanda kunjyana zitandukanye zirimo Gospel, R&B, Hip-Hop, Gakondo hari abahanzi ku giti cyabo ndetse n’ amatsinda acuranga injyana ya Reggae. Gusa mu mateka ya muzika, amatsinda nka Nyampinga, Ingeli zigiye zimenyekana cyane mu ndirimbo za Reaggae mu gihe kuri ubu hari amatsinda nka The Best Sound, Holly Jah Doves […]

Wema Sepetu yasubiye mu rukiko afite umwunganizi mushya – Amafoto

Nyuma y’uko umwunganizi wa Wema Sepetu batangiranye urubanza aregwamo gukoresha ibiyobyabwenge witwa Peter Kibatala amutereranye, kuri uyu wa kane, itariki 08 Gashyantare, yongeye kugera mu rukiko ari kumwe n’umwunganizi mushya ubwo urubanza rwe rwasubukurwaga. Wema Sepetu yabaye Miss Tanzania mu 2006, kuri ubu akaba ameneyerewe muri sinema ya Tanzania izwi nka Bongo Movies ndetse akaba […]

Umugore wari utwite yageze ku bitaro yakerewe abyarira mu muryango— REBA AMAFOTO

Jesica Hogan yageze ku bitaro byo mu gace ka Manhattan, mu mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika yakerewe, ibise bimufatira mu muryango w’ibitaro abyarira aho. Ubwo Jesica yageraga ku bitaro (Via Christi Hospital) yari aherekejwe n’umugabo we, akaba yari afite ibise ariko ngo adatekereza ko yahita abyara vuba. Ubwo yari ageze […]

Shaddy Boo yatumiwe mu gitaramo gikomeye muri Uganda

Umunyarwandakazi,  Mbabazi Shadia uzwi ku izina rya  Shaddy Boo,  wigaruriye imitima ya benshi kubera uburyo yigaragaza cyane ku mbuga nkoranyambaga, kuri ubu arabarizwa mu gihugu cya Uganda aho agiye kwitabira igitaramo cy’umuhanzikazi, Fille. Ni mu birori byo kumurika umuzingo(Album) y’umuhanzikazi Fille yise Alter Ego izaba kuri uyu wagatandatu ahazwi nka Kampala Golf Horse Hotel mu […]

Afurika yihagije mu bukungu yakotswa igitutu —Donald Kaberuka

Inzobere Donald Kaberuka wahoze ayobora BAD, ubarizwa mu itsinda rishinzwe gutekereza uburyo Afurika igomba kwigenga no kwihaza mu by’  ubukungu yemeza ko uyu umugabane uramutse ugeze kuri iyi ntego uzakomeza kotswa igitutu n’ ibihugu bikomeye ku isi. Ibi  Kaberuka yabishamangiye cyane ku matariki 28 na 29 Mutarama 2018, ubwo yari mu nama ya 30 y’ […]

RDC: Umugore wa Col. Tshibangu afite impungenge ko umugabo we azicwa na Leta

Umugore wa Col.John Tshibangu wahoze mu gisirikare cya Congo (FARDC) akaza kukivamo ndetse agatangaza ko yashinze umutwe w’inyeshyamba, nyuma yaho Leta ya Tanzania imufatiye ikamuha iya Congo, umugore we avuga ko ahangayikiye ubuzima bwe. Col.John Tshibangu yatorotse igisirikare cya Congo mu 2012, afatwa ku wa 29 Mutarama 2018 muri Tanzania yoherezwa muri Congo. Uyu musirikare […]

Polisi imaze gufata moto icumi muri 12 zibwe muri uyu mwaka wa 2018- (CP) Theos Badege

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, (CP) Theos Badege, atangaza ko ibikorwa byayo byo gushakisha moto zibwe no gufata abakekwaho ubujura bwazo , byatanze umusaruro, muri moto 12 zibwe kuva uyu mwaka wa 2018 watangira, icumi muri zo zarafashwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda; Commissioner of Police (CP) Theos Badege, avuga ko izi moto zagiye zibwa ba […]

Inama Dr Jose Chameleone agira abahanzi bagenzi be, ni ukuzajya bitwaza imihoro

Nyuma y’aho umuhanzi Mowzey Radio, waririmbaga mu Itsinda ‘Goodlyfe’ akubitiwe mu kabari bikamuviramo gupfa, bagenzi be bakomeje kugira amakenga, ari nayo mpamvu Dr Jose Chameleone yaburiye abandi kuzajya bitwaza imihoro mu modoka zabo. Dr Chameleone ahanura bagenzi be, hari mu muhango wo gushyingura Mowzey Radio ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gashyantare 2018. Abasaba kuzajya […]

Si ugupinga “Primus Guma Guma” ariko umuziki wanjye uhabanye….— Safi Madiba

Mu gihe muri iyi minsi abahanzi benshi barajwe ishinga no gushakisha uburyo bakwiyegereza abasanzwe bagira uruhare mu gutoranya abahanzi bitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star, kuri Safi we ngo ntacyo Guma Guma imubwiye ngo n’ubwo bamutoranya ntiyayitabira. Mu minsi ishize nibwo Safi yitandukanyije na bagenzi be bo mu itsinda Urban Boys, atangira gukora […]

Dosiye: Umurundi Joseph Birori wize i Burayi bwa mbere yagororewe kwicwa amanitswe

Nyuma yo guhabwa  amahirwe  adasanzwe n’ abakoloni bategekaga Congo-Belge, Ruanda – Urundi yo kujya gukomereza amashuri ya Kaminuza mu Burayi mu gihugu cy’ u Bubiligi, umurundi Joseph Birori yaje kumanikwa ashinjwa kugambanira umwana w’ umwami Louis Rwagasore. Amakuru atangwa n’ abakambwe bakiriho bazi amateka y’ u Burundi bemeza ko  Joseph Biroli yamanitswe ku karubanda ku […]

Mushiki wa Diamond, yaheneye abafana nabo bahanga amaso igitsina cye- REBA AMAFOTO

Umuhanzikazi wo muri Tanzania, Queen Darleen akanaba  mushiki wa Diamond Platnumz, yaheneye abafana be ku bushake, nabo bashimishwa no kumureba hagati y’amaguru. Ubwo yataramiraga imbaga y’abafana mu gace ka Mwembwe Tayari muri Tanzania, ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gashyantare 2018, nibwo yabonye abafana bashaka kureba hagati y’amaguru ye, maze aherako abaha amahirwe ngo baharebe […]

Alexis Sanchez yakatiwe igifungo cy’amezi 16

Alexis Sanchez, umusore uherutse kugurwa n’ikipe ya Man.Utd avuye muri Arsenal, yakatiwe n’inkiko zo muri Espagne igifungo cy’amezi 16 azira kunyereza imisoro. Igifungo kiri munsi y’imyaka ibiri muri Espagne cyemerera uwagihawe kuba atajyana muri gereza, ahubwo akaba yakora indi mirimo nsimburagifungo cyangwa akakiriha mu mafaranga. Sanchez, ukomoka muri Chili, ashinjwa kunyereza imisoro yo mu 2012 […]

Umugabo wanjye ni pasiteri, twese turakijijwe, ndatwite ariko inda yatumye nshaka inzoga cyane, niyo impumuriye mbura amahoro – NKORE IKI?

Bene data, ndabaramutsa mu izina ry’umwami Yesu, mumbabarire ntabwo nifuje ko amazina yanjye atangaza, kubera inshingano mfite mu itorero umugabo wanjye abereye umuyobozi. Ndi umugore, ubu ntwite inda ya kabiri, kuva mu bukumi bwanjye ku myaka nka 17, sinababwira uko inzoga iryoha ariko ubu umutima wanjye urenda guturika kubera kuyirarikira. Inda mfite imaze kugira amezi […]