USA: Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside akurikiranweho forode

Abayobozi mu rwego rushinzwe abinjira n’abasooka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika baravuga ko umugabo w’Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi anakurikiranweho icyaha cya forode no kubeshya ubuyobozi agamije guhabwa ubuhungiro muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyandiko z’urukiko ziravuga ko uyu witwa Jean Leonard Teganya yavuye mu Rwanda muri Nyakanga 1994 akerekeza muri Canada. […]

Kinshasa : Gereza ya Makala yongeye kugabwaho igitero

Inkuru ikomeje kuba kimomo mu muji wa Kinshasa ni igitero kuri imwe muri Gereza nkuru ya Makala muri uru rukerera ku itariki ya 07 Kanama 2017. Iki gitero kikaba cyaje kuburizwamo n’abashinzwe umutekano, gusa ibintu bikaba bikomeje kuba urujijo muri tumwe mu duce tugize mujyi wa Kinshasa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ano mezi Atatu ashize havuzwe […]

Nyamasheke: Abirukanywe muri Tanzaniya barashimira Kagame wabasubije ubuzima

Abaturage birukanywe muri Tanzaniya bagatuzwa ku mudugudu wa Rwunamuka,mu kagari ka Rushyarara,mu murenge wa Karambi ho mu karere ka Nyamasheke, barashimira byimazeyo umukuru w’igihugu, Paul Kagame kuba yarabasubije ubuzima bakongera kumva batekanye bari bazi ko batazongera kugira ubuzima bwiza,ariko ubu bakaba babarirwa mu bakire bo muri uyu murenge. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage bari mu miryango […]

Ndacyari isugi, umusore twemeranyije kuzarushinga akomeje kunsaba ko turyamana- Nkore iki?

Nitwa Consilie, mfite imyaka 26, ndi umukobwa uri mu rukundo ariko ndabona aho gushinga ahubwo rushobora kuyoyoka. Mbandikiye kuri Email yanyu ya Bwiza.com, ngirango muntambukirize ubutumwa bwanjye, ngisha inama, kuko mfite umusore dukundana, ubu twatangiye no kuganira iby’uko twabana umwaka utaha wa 2018, nta mushinga n’umwe twari twakora wenda ngo anyerekane mu muryango cyangwa abe […]

Koreya ya Ruguru yahakanye guhagarika gucura intwaro z’ubumara

Koreya ya Ruguru yamaganye ibihano bishya yafatiwe n’umuryango mpuzamakungu , Loni ku byerekeye umugambi wayo wo gucura intwaro z’uburozi (nuclĂ©aire). Mu itangazo ryaciye mu kinyamakuru cya Koreya ya Ruguru, leta ivuga ko itazigera yemera kuganira ku bijyanye n’umugambi wayo wa “nuclĂ©aire” mu gihe umutekano wayo ukibangamiwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri iryo tangazo […]

Nigeria: Abantu 11 baguye mu gitero cyagabwe ku rusengero

Abantu 11 basize ubuzima mu gitero cyagabwe ku rusengero rwo mu gace ka Ozubulu gaherereye mu Majyepfo ya Nigeria mu mujyi wa Onitsha, abandi bagera kuri 18 barakomereka bikomeye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko iki gitero bitaramenyekana niba cyagabwe n’umuntu umwe wari witwaje intwaro cyangwa igikundi cy’abantu bigabije uru rusengero mu masaha […]

Ubuyobozi bwa CECAFA bwifurije intsinzi Perezida Kagame

Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika y’i Burasirazuba no hagati bwifurije intsinzi Perezida Kagame uherutse gutsinda amatora amugumisha kuri uyu mwanya. Abagize uyu muryango (Confederation of East and Central Africa Football Associations-CECAFA) boherereje ubutumwa Perezida Kagame, watsinze aya amatora nkuko amajwi y’agateganyo abigaragaza ko yayatsinze n’amajwi 98.63%, atsinze Mpayimana Philippe na Dr Frank Habineza bari […]

Burundi: Umwe mu basirikare barindaga Perezida Nkurunziza yirashe

Kaporali shefu Nishemezwe, umwe mu basirikare bacunga umutekano mu biro by’umukuru w’igihugu cy’u Burundi BSPI (Brigade SpĂ©ciale de Protection des Institutions) yirashe ahita apfa. Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 6 Kanama 2017, nibwo yirashe akoresheje imbunda yakoreshaga mu kazi, ahita agwa aho ku biro bya Perezida Nkurunziza. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col. Gaspard […]

Amerika yanenze uko ibikorwa by’amatora mu Rwanda byagenze

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashimiye Abanyarwanda ubu ryo bitabiriye amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu cyumweru gishize, ariko ikananenga bimwe mu bikorwa byayaranze birimo no kutubahiriza igihe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibinyujije mu itangazo, Amerika yasabye itangazamakuru ryo mu Rwanda gutinyuka rikavuga amakuru y’impamo ku byaranze abakandida batavuga rumwe na leta bari bari muri aya matora kuba batangira […]

Merci mon frÚre Kaboré, Perezida Kagame asubiza mugenzi we wa Burkina Faso

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Burukina Faso, Roch Marc Christian KaborĂ© wamwandikiye amwifuriza intsinzi nyuma yo gutorerwa kuyobora u Rwanda. Abicishije ku rukuta rwe kuri Twitter, Perezida KaborĂ© yashimiye Perezida Kagame mu cyongereza no mu gifaransa. Muri iyo nyandiko ye yo ku wa 5 Kanama 2017, KaborĂ© ucishirije yagize […]

Ese ni ngombwa guhumiriza, gupfukama, gutega amaboko n’ibindi mu gihe cyo usenga?

Abantu benshi bakunze gutekereza ko hariho amasaha cyangwa ahantu habugenewe baba bagomba gusenga Imana ikabumva ndetse bamwe bakanagira inyifato mu gihe barimo basenga. Ni muri ubwo buryo hari abahumiriza, abapfukama, abatega amaboko, abubika umutwe bakareba hasi n’ibindi bitandukanye. Gusa biragoye kumenya nyir’izina uburyo bwo kwifata mu gihe cyo gusenga muri ubu bwose bwavuzwe kugirango Imana […]

Rugarika: Mu bikorwa bya Army week, abatuye Rugarika bahawe amazi meza

Abatuye mu murenge wa Rugarika, bavuga ko bari bahangayikishijwe n’ikibazo gikomeye cyo kutagira amazi meza, kuko bavomaga ay’ibishanga, uwashakaga amazi meza byamusabaga gukora urugendo rurerure ajya kuyashaka ntagire undi murimo yikorera. Uku kutagira amazi meza ngo byabagiragaho ingaruka, zirimo kuba nta kindi bakwikorera,indwara z’impiswi n’izindi zose zikomoka ku mwanda, inkorora ,ibicurane n’izindi. Ku bufatanye bw’abaturage, […]

Kenya : Amatora ya perezida ateganyijwe ejo yateye bamwe ubwoba bava mu mijyi

Perezida ucyuye igihe muri Kenya, Uhuru Kenyatta azahanga na RaĂ ÂŻla Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi 6 mu matora ya perezida wa Repubulika n’ibindi byiciro bitanu azaba ejo ku wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Abantu batandukanye batangiye kuva mu mijyi berekeza mu byaro; iwabo ku ivuko birinda ko kugerwaho n’ ibibazo by’umutekano muke byateye […]

EU irasaba u Rwanda kunoza mu kudaheza no gukorera mu mucyo mu matora ataha

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (European Union-EU) urashima uburyo amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda yagenze, ariko ugasaba ko hari ibyanozwa mu matora ataha. Mu itangazo ry’uyu muryango ryashyizwe ahagaragara ku Cyumweru tariki ya 6 Kanama 2017, rigaragaza ko aya matora yatsinzwe na Perezida Paul Kagame, umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, yateguwe neza kandi yizewe, ariko […]

Uganda: Abapolisi 8 bafunze bazira gusinzirira mu kazi

Polisi ya uganda ikorera mu ntara y’Amajyepfo yafunze abapolisi 8 bazira gusinzira mu gihe bari ku kazi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bapolisi bafashwe mu mpera z’icyumweru gishize mu mukwabu wabereye mu bice bitandukanye ubwo inzego z’umutekano zarebaga ko akazi kari gukorwa neza, zigasanga bamwe basinziriye batazi aho bari. Umuvugizi wa polisi mu gace k’Amajyepfo, Siraje Bakaleke […]

Israel igiye guhagarika televiziyo Al Jazeera

Ibiro bya Televiziyo Al Jazeera i Jerusalem bigiye gufungwa nyuma y’uko iyi televiziyo ishinjwa gushyikira iterabwoba. Minisitiri ufite itangazamakuru mu nshingano ze muri Israel Ayoub Kara, atangaza ko iyi televiziyo ishinjwa gushigikira iterabwoba no kogeza ubugizi bwa nabi bukorerwa abanya-Israel. Al Jazeera itangaza ko abakozi bayo bahinzwe gutara amakuru babujijwe kwinjira ahatangiwe ikiganiro cyatangarijwemo izo […]

Umugore wendaga kwiyamamariza ubudepite yatwitse umukozi we wo mu rugo

Umugore witwa Francesca Amony wo mu gace ka Gulu muri Uganda acumbikiwe na Polisi akurikiranyweho gutwika amaboko y’umukozi we wo mu rugo amuziza inoti y’ibihumbi 2 by’Amashilingi. [xyz-ihs snippet=”google”] Uyu mugore ashinjwa gutoteza uyu mwana w’umukobwa wamukoreraga akazi ko mu rugo karimo no kumurerera abana, ibi akaba yarabikoze nyuma yo kubura amafaranga 2000 aho yari […]

Nta wambuza kuvuga kereka andashe mu kanwa, sinajya mu Rwanda nseseye- Twagiramungu

Umunyapolitiki Twagiramungu Faustin uba ku mugabane w’u Burayi, avuga ko kudataha mu Rwanda ari uko yimwa ibyangombwa by’inzira, by’umwihariko ngo nta cyamubuza kuvuga kandi ngo ntiyataha aseseye. Yabitangaje nyuma y’uko Paul Kagame ubwo yiyamamazaga muri Nyamasheke ku wa 29 Nyakanga 2017, aho Twagiramuntu avuka, yagize icyo amuvugaho, yongeraho ko bahora bamutumira ngo atahe ariko akanga. […]

Umuhanzi Jean Luc Munyampeta yateguriye abakunzi “Full live concert” izitabirwa n'abayobozi batandukanye

Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Jean Luc Munyampeta yateguriye abakunzi be gagtaramo cy’akataraboneka kizaba cyanitabiriwe n’abandi bahanzi batandukanye b’ibikomerezwa mu Rwanda mu ndirimbo zaririmbiwe Imana, iki gitaramo kikazanitabirwa na bamwe mu bayobozi bakuru b’itorero ry’Abadiventiste b’umunsi wa karindwi. Ubwo umunyamakuru wa bwiza.com yasuraga uy muhanzi ufite indilrimbo zikora kumitima ya benshi, abato n’abakuze, yamuviriye imuzi ibyerekeye […]

Rusizi: Bwa mbere mu myaka irenga 50, abahinzi b’icyayi batangiye kunywa ku cyayi bihingira

Abahinzi b’icyayi bakorera mu makoperative y’abahinzi b’icyayi ba COPTHE Shagasha na ThĂ© villageois UMACYAGI mu karere ka Rusizi baravuga ko kuva uruganda rw’icyayi rwa Shagasha rwabaho mu 1965, muri uyu mwaka ari bwo bwa mbere basomye ku cyayi bihingira cyatunganijwe neza,bakaba bamaze amezi 3 gusa baratangiye kukinywaho,bareka kunywa amababi yacyo basekuraga mu isekuru. Ubwo Bwiza.com […]

Mpayimana aramutse ahawe umwanya muri Guverinoma yawemera?

Mpayimana Philippe, wabaye umukandida wigenga mu matora ya Perezida wa Repubulika ariko ntabashe gutsinda yatangaje ko aramutse ahawe umwanya muri Guverinoma nshya yawemera. Mu kiganiro yagiranye na VOA mu ijoro ryakeye, Mpayimana wagize amajwi atageze kuri 1%, hakozwe impuzandengo y’igihugu cyose, yavuze ko amatora yagenze neza. Ku bijyanye no guhabwa umwanya muri guverinoma nshya yavuze […]

Amajwi twabonye ni intsinzi ikomeye kuko twahanganye n’amashyaka 9 -Dr Frank Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yatangaje ko amajwi aherutse kubona mu matora ya Perezida wa Repubulika ari intsinzi ikomeye nk’ishyaka ryahanganaga n’andi icyenda. Dr Habineza yagize amajwi y’agateganyo yamushyize ku mwanya wa gatatu nyuma ya Paul Kagame watanzwe na FPR Inkotanyi na Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’umukandida wigenga. Amajwi Dr Habineza […]

Loni yafatiye ibihano Koreya ya Ruguru kubera misile ikomeje gukora

Akanama ka Loni gashinzwe amahoro n’umutekano ku Isi kafatiye ibihano Koreya ya Ruguru yabujijwe kenshi gucura no kugerageza intwaro z’uburozi (‘missiles ballistiques’) ariko ikabirengaho. Ibyo bihano byafashwe n’abagize ako kanama ku wa Gatandatu tariki ya 5 Kanama 2017, bizatuma icyo gihugu kigira igihombo cya miliyoni 850 z’amadolari ku mwaka mu bijyanye n’imisoro nkuko ikinyamakuru le […]

RDC: Muri KasaĂ ÂŻ-Central abapolisi basaga 100 bamaze kwirukanwa mu mezi 4

Abapolisi basaga 100 bo mu Ntara ya KasaĂ ÂŻ-Central muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamaze kwirukanwa kubera gusiba akazi batatanze impamvu. Mu itangazo ryo ku wa 5 Kanama 2017, komiseri w’agateganyo wa Polisi y’igihugu muri iyo ntara col Christian Kongolo Kambale yatangaje ko iyirukanwa ry’abo bapolisi aribo barigizemo uruhare, mu yandi magambo ngo bariyirukanye. Aba […]

Ndi umugore, imyaka 4 irihiritse ntararangiza na rimwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina- Nkore iki?

Muraho, mungire inama kuko maze imyaka 4 nshatse umugabo, tumaze kubyarana umwana umwe ufite imyaka 3 ariko kuva twabana nta munsi n’umwe yari yantera akabariro ngo ndangize. Kurangiza k’umugore ntibishatse kuvuga ko ntabizi, ndabizi pe kandi byanambayeho bikanandyohera kera nkiri umukobwa kuko ntabwo yanshatse ndi isugi, kuko hari umusore twaryamanaga ariko aho nshakiye umugabo icyo […]

Rutsiro: Abaturage bavuga ko batatunguwe n’intsinzi ya Paul Kgame mu matora

Bamwe mu batuye akarere ka Rutsiro baremeza ko gutegereza ibarura ry’amajwi byasaga no gusuzuma icyizere cy’abagira uruhare mu ibarura ry’amajwi n’ubunyangamugayo bwabo, kuko ngo uzayobora igihugu we bari bamuzi kuva batora referandumu. Mu kivunge cy’Abanyarutsiro baganiraga na Bwiza.com mu gasanteri k’ubucuruzi ka Nyagahinika, bamwe mu baturage batangaje ko babyiyumviye ku bitangazamakuru ahagana saa tanu z’ijoro […]

RDC: Umuyobozi w’inyeshyamba za Mai Mai yashyikirijwe leta

Nyuma y’iminsi igera kuri 7, umurwanyi akaba n’umuyobozi mu mutwe witwaje intwaro wa Mai Mai atawe muri yombi, kuri uyu wa Gatandatu yashyikirijwe inzego z;ubuyobozi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Uyu murwanyi usanzwe akurikiranyweho ibyaha bwo guhungabanya uburenganzira bw’ikiremamuntu birimo no gusambanya abana b’abakobwa n’abagore ku ngufu, yari amaze icyumweru atawe muri yombi n’ingabo […]

Rusizi na Nyamasheke bakiranye umunezero udasanzwe ibyavuye mu matora

Nyuma y’itangazwa ry’amajwi y’agateganyo yavuye mu matora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda, aho umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yatsinze amatora n’amajwi 98,63%, abaturage b’uturere twa Rusizi na Nyamasheke batangiye kubyina intsinzi, bamwe ijoro ribakeraho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo Bwiza.com yazengurukaga umujyi wa Rusizi kuri uyu wa Gatandatu, abaturage nta kindi bavugaga kitari ukwishimira intsinzi y’umukandida wa […]

Ese kuba isugi bisobanura kubura amahirwe yo kuryamana n’umuhungu?

Mu miryango myinshi y’abakirisitu, bigisha abana ba bo kwifata bagakomera ku busugi bwa bo kugeza igihe bazashakira, nyamara ibi ni ukuri kuko ni ko byakabaye. Ikibazo ni uko hari urwego umwana ageraho ugasanga atakigendera ku marangamutima cyangwa amabwiriza y’ababyeyi be, agatangira kwitwara uko ashatse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bituma abana benshi basigaye batakaza ubusugi kubera akenshi […]

Uganda: Batatu bakekwaho kwivugana umuyobozi muri Kenya batawe muri yombi

Abagabo 3 barimo umunyakenya umwe n’Abagande 2 bakekwaho kwivugana umukozi muri Komisiyo y’Amatora ya Kenya mu minsi ishize batawe muri yombi muri Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bagabo bafashwe bari mu modoka ifite purake ya Uganda, bari mu Majyaruguru ya Uganda, bakaba bakekerwaho kuba ari bo baherutse kwica uwari uhagarariye komisiyo yigenga y’amatora muri Kenya (IEBC), […]

Nyuma yo gutora bwa mbere arasaba Perezida utorwa kubakemurira ikibazo kibakomereye

Nyiransabimana Valentine, umukobwa w’imyaka 18 y’amavuko yatoye bwa mbere mu mateka ye nyuma yo kubyemererwa n’amategeko, ahereye mu matora ya Perezida wa Repubulika, asaba ko uzatorwa wese yazabakemurira ikibazo kibakomereye cy’umuhanda bacamo bagiye ku ishuri. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyiransabimana yavuze ko ashimishijwe n’iki gikorwa ariko akaba afite igitekerezo cy’ibyo umuyobozi utorwa kuri uyu […]

Burera:Abaturage basubijwe kuryama kuko bari bageze kuri site y’itora hataracya

Abaturage bagera ku 100 bo mu bice bitandukanye by’Umurenge wa Gahunga mu Karere ka Burera bageze kuri site y’itora butaracya basubizwa kuryama ngo baze kuzinduka. Bageze ku biro by’itora by’Amashuri abanza (EP) Kabaya yo mu Kagari ka Rwasa mu Murenge wa Gahunga yo mu karere ka Burera, mu saa saba z’ijoro basubizwayo n’abashinzwe umutekano kuko […]

Amajyarugu: Abagaragaye mu byumba by’itora batambaye imyambaro yabugenewe mu matora bateye impungenge

Ku biro bitandukanye byabereyeho amatora mu turere twa Musanze na Burera hari abayoboye ibikorwa by’amatora bari bambaye imyenda iriho ibirango bya Komisiyo y’igihugu y’Amatora, ariko hari n’abatambaye iyi myambaro bari mu byumba by’itora. Ku biro by’itora bya Paruwasi Gahunga , biherereye mu karere ka Burera, hari abagabo bari mu biro by’itora batambaye ibyo birango. Ni […]

Rwamagana: Abafite ubumuga bwo kutabona bishimiye kwitorera badafashijwe gutora

Abafite ubumuga bwo kutabona na bo bitabiriye igikorwa cy’amatora kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017, bavuga ko bashimishijwe no gutora bwa mbere badafashijwe gutora nk’uko mbere byagendaga mu matora yabanje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko komisiyo y’amatora yumvise ubusabe bwa bo ku buryo babashije kwitorera perezida wa Repubulika batifashije […]

Akazi kagiye gutangira mu myaka 7 yo gukomeza kwita ku bibazo byugarije Abanyarwanda

Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yatsinze by’agateganyo amatora ya Perezida wa Repubulika yizeza Abanyarwanda ko akazi ko kwita ku bibazo bibugarije kagiye gukomeza nyuma y’ibyakozwe. Perezida Kagame yabitangarije i Rusororo mu Karere ka Gasabo, ahari abayobozi bakuru b’Umuryango FPR Inkotanyi n’abandi batandukanye bari bagiye gutegerezayo ko Komisiyo y’Amatora itangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’umukuru […]

NEC yatangaje amajwi y'agateganyo y'abakandida angana na 80%

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017, Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje amajwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora mu rwego rw’igihugu, aho umukandida Paul Kagame yagize amajwi 98.95% naho abandi bakagabana ibice bisigaye. Mu gihugu cyose: 20% by’amajwi amaze kwakirwa Kagame 98.75% Habineza 0.27 Mpayimana 0.73 DIASPORA hatoye abasagaho gato 20k Kagame […]

Paul Kagame n'umuryango we batoreye mu Rugunga (Amafoto)

Umukandida Paul Kagame w’umuryango FPR Inkotanyi n’umufasha we, Jeannette Kagame bari bageze kuri site y’itora mu Rugunga ku isaha ya saa Tanu n’iminota 10, nyuma y’iminota itanu 11:15 bari barangije igikorwa bahita bagenda.

Nyabihu: Urubyiruko rutagejeje imyaka 18 rwashenguwe no kudahabwa amahirwe yo gutora Perezida

Urubyiruko rutagejeje imyaka 18 y’amavuko mu murenge wa Jenda mu karere ka Nyabihu, ruravuga ko rwababajwe n’uko rutagize amahirwe yo kuvuka mbere kugira ngo narwo rwitorere ku mukuru w’igihugu. Mpayimana Alain afite imyaka 16 akaba yiga mu ishuri rya Bukinanyana mu murenge wa Jenda yagize ati “mu myiteguro y’amatora njyewe nabonaga ari ibirori bikomeye, kandi […]

Louise Mushikiwabo yasabiye umuyobozi wa Human Right Wacth kujyanwa i Ndera bakamuvura

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Madamu Louise Mushikiwabo yongeye kwikoma bamwe mu banyamahanga basa n’abiyemeje gukoma mu nkoko imiyoborere y’ubutegetsi bwa Kigali. Umwe muri abo kenshi gashoboka batajya barota ikiza ku gihugu cy’u Rwanda ni Bwana Keneth Roth ,uyu akaba ari umuyobozi w’Ishyirahamwe rihaharanira uburenganzira bwa muntu ku isi Human Right Watch mu magambo arambuye […]

Intsinzi narayibonye, ahasigaye ibiri buve mu matora ni iby'Abanyarwanda bose-Mpayimana Philippe

Umukandida wigenga, Mpaayimana Philippe avuga ko intsinzi ye yamaze kuyogeraho bityo ko kuba yatoye ategereje ikiri buve mu matora kikaba kiri bube icy’abanyarwanda bose muri rusange. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma yo kumara gutora kuri site y’itora ya Camp Kigali, aho yavuze ko yizeye ko ibiri buve mu matora ku ruhande rwe […]

Paul Kagame arakomeye ariko natwe turakomeye, twizeye intsinzi-Dr Habineza Frank

Umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR), Dr Frank Habineza avuga ko yizeye intsinzi ya 70% mu biri buve mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017. Ibi yabitangaje ubwo yari yitabiriye amatora aho yatoreye kuri site y’ikigo cy’amashuri abanza cya Kimironko ya 2, uyu mukandida […]

Musanze: Miss Sharifa yanejejwe no gutora bwa mbere mu buzima agahera kuri Perezida

Nyampinga Muhoza Sharifa wari mu marushanwa ya Nyampinga 2016 yashimishijwe n’uko yagiye gutora mu buzima bwe akabanziriza kuri Perezida wa Repubulika asanga afite inshingano zo gufasha gusohoza ibyo yiyemeje. Uyu mukobwa w’imyaka 22 y’amavuko yatoreye ku kigo cy’Amashuri cya Muhoza II, giherereye mu karere ka Musanze ari naho avuka. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com ubwo […]

Gambia: Yahya Jammeh n’abahoze mu butegetsi bwe bambuwe passports za bo

Abayobozi b’igihugu cya Gambia batesheje agaciro passports za kidipolomate kuri Yahya Jammeh, umugore we ndetse na benshi bahoze ari abaminisitiri ku butegetsi bwe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kane na minisiteri y’ububanyi n’amahanga. Yahya Jammeh wahoze ayobora Gambia akekwaho kuba mbere yo guhunga igihugu yaratwaye miliyoni 50$ ayakuye mu isanduku ya leta. Ni nyuma y’aho […]

Kabarondo: Abaturage b’ingeri zose bafashijwe kwitabira amatora

Mu Murenge wa Kabarondo, Akarere ka Kayonza, abaturage b’ingeri zose bagejeje igihe cyo gutora bafashijwe kwitabira amatora y’umukuru w’igihugu. Muri bo harimo abakuze cyane, abafite ubumuga ndetse n’abari bitabiriye amatora aribwo bwa mbere. Kuri site y’itora ya Ecole Primaire Cyinzovu, saa moya za mu gitondo nibwo bari batangiye gutora n’ubwo hari abaturage bari bahageze ahagana […]

Burundi: Uwahoze akuriye Imbonerakure wagize uruhare mu kwamagana u Rwanda yatawe muri yombi

Uwahoze akuriye Imbonerakure zo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, muri Bujumbura witwa Christian Gahomera ari muri kasho y’inzego z’ubutasi z’u Burundi kuva kuwa 01 kanama 2017, aho ngo akurikiranweho gutekera umutwe umunyemari wo muri Bujumbura ashaka kumwambura miliyari 2 z’Amarundi. Amakuru aturuka mu begereye ishyaka CNDD agera kuri RPA dukesha iyi nkuru, […]

Ubushinjacyaha Bukuru bukomeje gukurikirana abakekwaho kurigisa umutungo wa Leta

Ubushinjacyaha bwatangiye iperereza ku bufatanye n’ ibindi bihugu ku bantu bakekwaho kurigisa umutungo wa Leta hagamijwe gufatira imitungo irigiswa igahishwa muri ibyo bihugu. Bimwe muri ibyo bihugu harimo : Nigeriya, Esipanye (Spain), Canada, u Bubiligi, Uganda na Leta Zunze Ubumwe za Amarika (USA). Mu mwaka ushize wa 2016-2017, Ubushinjacyaha bwashyikirije inkiko amadosiye 373 bukurikiranyemo abantu […]

Uko igikorwa cy’amatora cyagenze hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO

Abanyarwanda hafi Miliyoni zirindwi ni bo bujuje ibisabwa mu kwitorera Umuyobozi w’Igihugu uzabayobora mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere, kuva mu rukerera Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakaba bari batangiye gutonda imirongo ku biro by’itora. Ni umwanya uhatanirwa n’abakandida; Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, Dr Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda na […]

Icyamamare Tiwa Savage cyiyise izina rishya

Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Nigeria umaze kubaka izina ku Isi, Tiwa Savage, kuri ubu yamaze kwiyita akazina gashya, aho yumva amaze kurenga abandi bahanzikazi akaba yiyise “Umwamikazi w’Umuziki Nyafurika” (Queen of African Music). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tiwa Savage ni umuhanzikazi ubarizwa kuva mu 2016 muri label ya Roc Nation, y’igihangange mpuzamahanga mu njyana ya Hip […]

Uganda: Yakubiswe yenda gupfa nyuma yo kugerageza gutwika aho bafatira agakawa

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane rishyira kuri uyu wa Gatanu mu gihugu cya Uganda mu mujyi wa Kampala, umugabo utatangajwe amazina yashatse gutwika ahantu bafatira agakawa hazwi nka CafĂ© Javas, hahoze hitwa Nandos, ku muhanda wa Jinja, ariko aza gufatwa atarasohoza umugambi we arakubitwa hafi yo kwicwa. Nk’uko byatangajwe n’ababibonye, ngo uyu mugabo […]

Impunzi z’Abanyarwanda zabaga muri Zimbabwe ziracyurwa bitarenze uyu mwaka

Visi Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yatangaje ko igihugu cye kigiye kwirukana impunzi z’Abanyarwanda zibarirwa mu bihumbi mu mpera z’uyu mwaka wa 2017. Mnangagwa, ari nawe minisitiri w’ubutabera wa Zimbabwe, avuga ko kuri ubu u Rwanda rutekanye ari igihugu cy’amahoro, kubw’ibyo impunzi z’Abanyarwanda ziri muri iki gihugu zikaba zigomba gutaha zikagira uruhare mu iterambere ry’igihugu […]

Uko igikorwa cy'amatora kirimo kugenda hirya no hino mu gihugu-AMAFOTO

Abanyarwanda hafi Miliyoni zirindwi ni bo bujuje ibisabwa mu kwitorera Umuyobozi w’Igihugu uzabayobora mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere, kuva mu rukerera Abanyarwanda hirya no hino mu gihugu bakaba bari batangiye gutonda imirongo ku biro by’itora. Ni umwanya uhatanirwa n’abakandida; Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, Dr Frank Habineza wa Democratic Green Party of Rwanda na […]

U Burusiya bwatangaje ko Amerika yikozeho mu kubufatira ibihano

Minisitiri w’Intebe mu Burusiya, Dmitry Medvedev yavuze ko ibihano byafashwe n’Amerika bishobora kuyishora mu gihombo gikaze hagati ya yo na Moscow, bitewe no kuba Perezida Trump atarabanje gushishoza mbere yo gusinya inyandiko zikubiyemo ibyo bihano. Uyu muyobozi yakomeje avuga ko Perezida trumo yananiwe kwifatira umwanzuro ku giti cye nk’umuntu w’umugabo byongere ukomeye uyobora igihugu cy’igihangange […]

Barafinda yahuruje imbaga ubwo yakubitwaga amaso mu mujyi wa Kigali— REBA AMAFOTO

Barafinda Sekikubo Fred ubwo yagaragaraga mu mujyi wa Kigali yahuruje imbaga n’bari mu mirimo yabo baba bayihagaritse babanza kumushungera. Ahagana saaa cyenda n’igice (15:30) zo kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Kanama 2017, nibwo Barafinda yaciye mu Muhima muri Karitiye ya Njamena, imbere ya Hoteli Okapi, yakozweho uruziga, itangazamakuru rirahurura abaturage na bo babona […]

Burundi: ONU igiye gutangira gukurikirana abakekwaho ubwicanyi baba bakidegembya

Umuryango w’Abibumbye wata ngaje ko uri gukorana ubushishozi ibikorwa byo gukurikirana abantu baba baragize uruhare mu guhungabanya amahoro mu gihugu cy’u Burundi, ndetse ukaba uri kubyitwararikaho cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Raporo y’akanama k’uyu muryango gashinzwe gucunga umutekano ivuga ko katangiye iperereza rymbitse hagamijwe guta muri yombi ababangamiye amahoro mu gihugu cy’u Burundi baba bakiri mu gihugu […]

Neymar ashobora kuba uwa mbere ugiye kugurwa akayabo kurusha abandi babayeho

Umukinnyi w’imbere mu kibuga wo mu ikipe ya Fc Barcelone, Neymar yemerewe n’ubuyobozi bwa Barcelone kuvugana n’ikipe ya Paris St-Germain (PSG) yifuza kumutangako akayabo k’amafaranga angina na Miliyoni 198 z’Amapawundi 198 (262M$). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukinyi ukomoka mu gihugu ca BrĂ©sil yabwiye abo bakinana ku munsi w’ejo kuwa Gatatu ko yifuza kuva muri iyo kipe […]

Micho watozaga Uganda yatangajwe nk’umutoza mushya wa Orlando Pirates muri Afurika y'Epfo

Ikipe ya Orlando Pirates FC yo mu cyiciro cya mbere muri Afurika y’Epfo yatangaje ko yabonye umutoza mushya, uwo ni umunya-Serbia Milutin Sredojević, Micho wigeze kuyitoza muri 2006. Uyu mutoza aherutse guhaguruka muri Uganda abantu bayoberwa aho yerekeje nkuko inkuru ya newvision ibigarukaho. Ni nyuma yuko yari yagiranye ibibazo n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Uganda arishinja […]

Rubavu: Haravugwa ubutekamutwe mu bacuruza imbuto y’ibigori

Mu Murenge wa Rubavu ndetse n’uwa Nyakiriba mu Karere ka Rubavu ,haravugwa ubutekamutwe mu bacuruza imbuto y’indobanure y’ibigori, aho abo batekamutwe bafata imbuto zisanzwe bakazisiga irangi rijya kuba umutuku, rijya gusa n’imbuto z’indobanure bakazigurisha ku bacuruzi b’inyongeramusaruro cyangwa abaturage bababeshya ko ari imbuto y’indobanure (Hybride), ibi ngo bikaba bihangayikishije bikomeye abahinzi b’ibigori mur’iki gihe bategura […]

Ikirura cyari kivuganye umukerarugendo Imana ikinga ukuboko (Amafoto)

Umugabo witwa Naiphum Promratee w’imuaka 36 y’amavuko yarokotse kubw’amahirwe nyuma yo kurumwa n’inyamaswa y’ikirura ubwo yari agisanze mu nzu ya cyo agiye kukigaburira. Uyu mugabo ukomoka muri gihugu cya Thailand yarumwe n’iyi nyamaswa ubusanzwe iba mu gasozi ahubwo ikaba yarafashwe igashyirwa ahantu bakayitwaho ngo ba mukerarugendo bajye baza kuyisura nk’uko bimenyerewe mu bihugu byateye imbere. […]

Malawi: Hari kwigwa uko uwahoze ari perezida yavanwa muri Amerika akitaba ubutabera

Ibiro by’Ubushinjacyaha Bukuru bwa Malawi buravuga ko buri gusuzuma uko uwahoze ari perezida w’iki gihugu Joyce Banda yavanwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akitaba ubutabera bw’iki gihugu bumushinja kunyereza umutungo wa leta. Umuvugizi wa minisiteri y’ubutabera, Apoche itimu avuga ko ibi biro bigiye kohereza impapuro zisaba kohereza madamu Banda muri Malawi. Aragira ati: “ […]