Umugabo yatwitse umugore we amuziza ubutumwa bugufi bwo muri telefone
Umugore witwa Pauline Mugure w’imyaka 20 y’amavuko wo muri Kenya akurikiranywe bikomeye n’abaganga nyuma yo gutwikwa n’umugabo we amuziza ubutumwa bugufi yari abonye muri telephone ye. Uyu mugore yatwitswe n’umugabo we Francis Kimani akoresheje peterori mu gihe yari atetse ku mashyiga akoresha peterori ndetse n’isosi y’inyama. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore yabwiye itangazamakuru ko umugabo we […]
Abanyarwanda bakoresha telephone ngendanwa bamaze gukabakaba miliyoni 9 – RURA
Umubare w’Abanyarwanda bakoresha telephone ngendanwa ngo wazamutse kugeza ku kigero cya 80% mu Ukuboza 2016 nk’uko bitangazwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA). Raporo y’iki kigo iravuga ko abakoresha telephone ngendanwa mu Rwanda bavuye kuri 8, 858,000 mu Ugushyingo bakagera kuri 8,921,000 mu mpera z’Ukuboza 2016. Umubare ukaba waragiye uzamukaho 0,72% mu […]
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru yakanguriye abaturage kuba ijisho rya bagenzi babo
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru Musabyimana Jean Claude yakanguriye abaturage kuba ijisho rya bagenzi babo kugirango bakumire ibyaha bityo barusheho kugira uruhare mu gusigasira umutekano w’aho batuye. Ubu butumwa yabutangiye mu gikorwa cyo gushyira ibuye ry’ifatizo ahazubakwa umudugudu w’icyitegererezo mudugudu wa Nyundo, akagari ka Rutenderi, umurenge wa Nyundo ho mu karere ka Gakenke, ku italiki ya 24 […]
Kuri uyu wa Gatandatu, Ama-G the Black arishimana n’abakunzi be muri Café Resto-Nectar
Ku wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2017, umuhanzi Ama G the Black azataramira abakunzi be, mu gitaramo cyiswe icy’imbaturamugabo mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’umuyobozi wa CafĂ© Resto Nectar aho iki gitaramo kizabera, yagize ati: “twe dutumira umuhanzi bitewe n’uko abafana be baba babidusabye, ibitaramo dutegura muri Nectar nta saha birangiriraho, […]
Fulgence Ndayikengurutse, umusirikare w’u Burundi yatawe muri yombi
Umuryango wa Cpl-chef Fulgence Ndayikengurutse, umusirikare w’u Burundi, watangaje ko uhangayikiye umutekano we nyuma yo gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano. Nk’uko bishimangirwa na Pacific Nininahazwe, Umuyobozi wa Sosiyete sivile avuga ko umutekano w’uyu musirikare uteye inkeke, akaba yarahoze ari umushoferi wa BSPI (Brigade SpĂ©ciale pour la Protection des Institutions). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Pacific yakomeje atangaza ko […]
Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda
Nitwa Akeza M. Louise. Navukiye mu muryango w’abana 5 nkaba na ri umwe mu bakobwa 3 twavukanye n’abahungu 2 gusa. Ndangije kaminuza nabonye akazi muri imwe muri banki zikorera mu mujyi wa Kigali, ariko bitewe n’uko nize mu bigo byo mu ntara nkaba ari naho navukiye nari ntaramenyera ubuzima bwo mu mujyi. Aho nacumbitse mu […]
Amatora ya 2017 mu Rwanda : Ese hari ingaruka ku ishoramari ry’amahanga ?
Muri uyu mwaka wa 2017 hirya no hino muri Afurika hitezwe amatora y’abakuru b’ibihugu, aho u Rwanda, Kenya na Angola bizaba bihanzwe amaso. Mu Rwanda, ikinyamakuru How we Made it in Africa, gikora inkuru zijyanye na business muri Afurika, cyavuganye n’impuguke zo muri Institute for Security Studies (ISS) ku kuntu aya matora yiteguwe yagira ingaruka […]
Abasitari 10 mu muziki muri Afurika b’abaherwe n’imitungo yabo
Indirimbo nyafurika ni zimwe mu ndirimbo usanga zikunzwe hirya no hino mu bihugu bitandukanye ku isi, ariko ugasanga hari abahanzi baba baramaze kubaka izina kurusha abandi bitewe n’uburyo baba babihaye umwanya uhagije ndetse bakabikora nk’impano. Uko gukoresha impano yo guhanga, kuririmba, kwandika indirimbo n’ibindi ni bimwe mu byatumye hari abahanzi bazamutse mu ntera babikesha izo […]
Tanzania: Hafashwe icyemezo cyo kutongera guha ubuhungiro impunzi ziva mu Biyaga Bigari
Amatsinda y’impunzi ziva mu bihugu byo mu Biyaga Bigari kuri uyu wa kabiri hafashwe icyemezo cyo kuyabuza kwinjira ku butaka bwa Tanzania, aho guverinoma y’iki gihugu yababwiye ko nta mpamvu z’umutekano mucye mu bihugu by’ibituranyi zatuma bahabwa ubuhunzi. ” Twe muri Tanzania, ntitucyakira amatsinda y’impunzi aturuka mu karere k’Ibiyaga Bigari “, uwo ni minisitiri w’ibibazo […]
EAC: U Rwanda ku mwanya wa mbere, u Burundi ni ubwa nyuma mu kurwanya ruswa
Uko ibihugu byo ku isi byose bihagaze ku cyaha cya ruswa. Urutonde rushya rwashyizwe ahagaragara rugaragaza uko ruswa yifashe mu bihugu byo ku isi kuri uyu wa 25 Mutarama 2017 rugaragaza ko igihugu cy’u Rwanda gihagaze neza mu kurandura ruswa, ibihugu bya Sudani y’Epfo na Somalia byo muri Afurika nibyo byamunzwe na ruswa cyane ku […]
Rayon Sports: Umukinnyi Muhire Kevin n'ingamba nshya avuye kwivuza muri Maroc
Nyuma y’imvune umukinnyi Muhire kevin yahuye nazo mu mukino wari wahuje ikipe ya Rayon Sports ndetse na Police Fc bikamuviramo no kujya kwivuza mu gihugu cya maros, uyu mukinnyi yagarutse mu Rwanda ndetse akaba yanatangiye imyitozo aho avuga ko azanye impinduka zidasanzwe. Nk’uko byatangajwe n’ikipe ya rayon Sports, uyu muknnyi yari yagiye kwivuriza muri kiriya […]
Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n’Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana
Interahamwe zari iz’ishyaka MRND, bijandikaga mu bikorwa bya politiki byategurwaga na Leta yari iriho icyo gihe ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi. Uko imyaka yagiye yicuma, izi Nterahamwe za Perezida Habyarimana nizo zaje gukoreshwa cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera ko ibyo zatozwaga byarimo n’imyitozo isa n’iya gisirikare, byose babibapakiraga mu mutwe babanje […]
Burundi: CNARED bashinja leta gushaka kubacamo ibice, byatumye batagera ku migambi yabo
Ihuriro rishinzwe gushyira mu bikorwa amasezerano y’Arusha n’itegeko nshinga mu Burundi (CNARED) ritangaza ko ritashoboye gushyira mu bikorwa imigambi yo ryari ryiyemeje, ku ikubitiro CNARED ngo yari yiyemeje kuba abayigize bazaba bavuye mu buhungiro mu mezi icyenda ariko birangira bibananiye. Anicet Niyonkuru, umunyamabanga nshingwabikorwa w’iri huriro avuga ko hari ibikorwa byinshi bagezeho ariko ko umugambi […]
Amafoto: Inzoka yafashwe ari nzima nyuma yo kumira ihene 2 z’umuturage
Inzoka yo mu bwoko bw’uruziramire yavumbuwe mu gace ka Pahang mu gihugu cya Georgia yafashwe ari nzima nyuma yo kumira ihene 2 z’umuturage izisanze aho zari ziziritse yarangiza ikananirwa kuva aho iri. Abaturage bo muri iki gihugu bavuga ko nyuma yo kuyibona ababnje gutinya kuyegera aho yari iryamye bakabanza kuyishotora ngo barebe niba ntawe iri […]
London: Umwana w’Umugande yiciwe ku marembo y’ishuri yigagaho atewe ibyuma
Igipolisi cyo mu mujyi wa London mu Bwongereza cyatangiye iperereza ku iyicwa ry’umwana w’umuhungu w’umunyeshuri w’imyaka 15 bivugwa ko akomoka mu gihugu cya Uganda wishwe atewe icyuma. Uyu mwana witwa Quamari Barnes bikaba bivugwa ko yasanganywe ibikomere by’icyuma hanze y’ikigo cy’ishuri yigagaho ryitwa Capital City Academy mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa London ku mugoroba wo kuri […]
Ese Bibiliya yemera gusomana nk’uko bamwe babyibwira?
Ni kenshi usanga abantu bakunze gukora ibikorwa byo gusomana yewe baba n’abakirisitu, ariko bakitwaza ko no muri Bibiliya harimo ingero z’abantu basomanaga kuva mu gihe cya Yesu, mbere yahoo ndetse na nyuma. Nyamara, iyo witegereje usanga gusomana kuvugwa muri Bibiliya byarabaga bifite ubusobanuro bwihariye buhabanye cyane n’ubwo abantu bo muri iyi minsi baha igikorwa cyo […]
Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka — MIFOTRA
Umukoresha uwo ari we wese uzirukana umukozi mu buryo budakurikije amategeko bigashora leta mu gihombo,uwo mukoresha ni we uzajya yirengera akanishyura ibyo bihombo ku giti cye aho kwishyurwa na leta nk’uko byatangajwe na minisiteri y’umurimo kuri uyu wa kabiri. Minisiteri w’umurimo, Judith UWIZEYE yakomoje kuri ibi ubwo yatumizwaga na komisiyo y’imibereho myiza mu Nteko Ishinga […]
Guverinoma ya Uganda yatunguwe n’icyemezo cy’u Rwanda na Kenya
Minisitiri w’ubuhinzi mu gihugu cya Uganda, Vincent Bamulangaki Sempijja yatangaje ko ibihugu by’u Rwanda na Kenya byafashe icyemezo gihubukiwe ubwo biyemezaga guhagarika ubucuruzi bw’inkoko n’ibizikomokaho bituruka muri Uganda U Rwanda na Kenya bafashe icyemezo cyo gufunga ubucuruzi bw’ibikomoka ku nkoko bituruka muri Uganda bitewe n’uko muri Uganda hari hagaragaye ikibazo cy’indwara y’ibicurane by’ibiguruka. Ikinyamakuru cya […]
Uganda: Museveni na Loni baganiriye ku kibazo cya M23
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye mu Biyaga Bigari, Said Djinnit kuri uyu wa kabiri yagombaga guhura na perezida Museveni mu nama yo mu rwego rwo hejuru muri Uganda. Icyo aba bagombaga kuganira kikaba kitatangarijwe itangazamakuru ku mugaragaro nubwo ije mu gihe hongeye kuvugwa ko umutwe wa M23 waba uri kwisuganya ngo wubure imirwano muri Congo. Amakuru […]
Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi
Hirya no hino mu karere ka Muhanga, hagaragara ibikorwa remezo bitangira kwangirika bitaragira icyo bimarira abaturage. Ibyo ni imihanda, ikusanyirizo ry’amata rya Gahogo, ndetse n’inzu 12 zubakiwe abarimu zikaba zitangiye gusenyuka zitaraturwamo. Ibi ngibi byaba biterwa n’uko bijya kubakwa batabanje kubaza abaturage ngo babigiremo uruhare. Ubuyobozi buravuga ko aho amacumbi y’abarimu arimo ubusa bugiye gushyiramo […]
Polisi y’u Rwanda yasezeranye na Ambasaderi w'u Butaliyani ubufatanye mu mutekano
Uhagarariye igihugu cy’u Butaliyani mu Rwanda; ufite icyicaro muri Uganda, Ambasaderi Domenico Fornara, taliki ya 24 Mutarama yasuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro cyayo gikuru ku Kacyiru, akaba yarakiriwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda Inspector General of Police (IGP), Emmanuel K. Gasana. Ambasaderi Domenico mu ruzinduko rwe, yari aherekejwe n’usanzwe ahagarariye u Rwanda muri […]
(Amafoto) Imwe mu modoka zakoreshwaga n’Abanazi yagurishijwe Miliyoni 5 z’Amayero
Imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz yakoreshejwe n’Abanazi b’Abadage mu ntambara ya 2 y’isi yagurishijwe mu cyamunara amafaranga asaga Miliyoni 5 z’Amayero. Iyi modoka yakoze akazi kayo mu 1939, ikaba yarapimaga ibiro 540 gusa yaguzwe n’Umunyameika ufite inkomoko mu mujyi wa Berlin mu gihugu cy’u Budage. Iyi modoka yari ikiri nzima bivugwa ko yahishwe […]
Burundi: Umuvugizi w'igisirikare yahakanye iby'igitero cyagabwe ku nkambi ya gisirikare
Abarurage bo mu ntara ya Muyinga mu karere ka Mukoni baraye badasinziriye ndetse bamwe bakaba bahagaritse imirimo yabo mu ijoro ryo kuri uyu wa 24 Mutarama 2017 kubera urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu nkambi ya gisirikare iri muri aka karere ka Mukoni. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru rivuga ko kuri uyu mugoroba ahagabwe igitero […]
Buruseli: Ahategerwa imodoka habaye ubuhungiro bw’amagana y’abimukira
Za gare(aho abagenzi bategera imodoka cyangwa gari ya moshi) mu Bubiligi hahindutse indaro z’abantu amagana b’abimukira. Aba biganjemo abirukanwe mu nkambi y’impunzi ya Calais iherutse gufungwa mu Ugushyingo umwaka ushize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru agaragara ku rubuga rwa Bruzz, avuga ko muri Buruseli y’amajyaruguru abimukira bakabakaba 170, naho abandi basaga 50 bakaba barahungiye muri Gare ya […]
Kenya: Amakuru y'umuhanzi Lal Daggy ubana n'ubumuga bwo kutvuga no kutumva
Muri Kenya haravugwa inkuru y’umuhanzi uzwi ku mazina ya Lal Daggy umaze kugwiza abafana batari bacye abikesha kwigana iby’abandi ariko abantu bakaba bakunze gutungurwa n’uburyo abikora kandi afite ubumuga bwo kutumva no kutabona. Uyu muhanzi Lal Daggy ubusanzwe ngo yavutse ari muzima, ingingo ze zose zikora uko bisanzwe. Ku myaka 5 y’amavuko, ngo nibwo yaje […]
Polisi y'u Rwanda yasubije imodoka 2 na moto byibwe muri Uganda – Amafoto
Polisi y’Igihugu y’u Rwanda kuri uyu wa kabiri, itariki 24 Mutarama, yasubije ambasaderi wa Uganda mu Rwanda imodoka 2 na moto bifite ibirango bya Uganda byibwe yo bigafatirwa mu Rwanda. Uhagarariye igihugu cy’abaturanyi cya Uganda mu Rwanda, Ambasaderi Richard Kabonero akaba yashimiye igipolisi cy’u Rwanda ku bufatanye gikomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha byambukiranya umupaka. [xyz-ihs […]
U Bibiligi bwiyemeje guta muri yombi uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel
Uyu munyapolitiki ukomeye muri Israel byabaye ngombwa ko asubika urugendo yagombaga kugirira mu Bubiligi atinya ko ashobora gutabwa muri yombi akigera i Buruseli kubera ibyaha by’intambara akurikiranweho. Madamu Tzipi Livni, wigeze kuba minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel kuva mu 2006 kugeza mu 2009 kubwa Minisitiri w’Intebe Ehud Olmert, yagombaga kugera mu Bubiligi kuri uyu wa […]
Isengesho rya Perezida Kenyatta ryerekeye ku banzi be bahanganye mu matora
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yatunguye abantu kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Mutarama 2017 ubwo yasengeraga igihugu cye kubera ikibazo cy’amapfa gikomeje kubica muri kiriya gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri aya masengesho yari ayobowe n’umukuru w’igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta, yari agamije gusengera ikibazo cy’imvura yabaye amateka, gusengera ubusugire bw’igihugu n’ibindi bitandukanye ariko Perezida […]
Ese umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore we mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?
Ibi ni bimwe mu bibazo biba byabajijwe n’abakunzi b’iki kinyamakuru Bwiza.com, bibaza cyane ku kunyara k’umugore, bikanaba ngombwa kwibaza niba umugabo wambaye agakingirizo yabasha kunyaza umugore we. Ibisubizo bitangwa n’abantu batandukanye babajijwe kuri iyi ngingo, bubatse ingo kandi banemeza ko bafite ubuhamya kuri iki cyo kunyaza cyangwa kunyara k ‘umugore. Ati“Reka reka, nta naho bihuriye, […]
DRC: Etienne Tshisekedi yasubijwe kwa muganga atarangije urugamba rwo gukuraho Kabila
Etienne Tshisekedi yasubijwe kwivuriza mu Bubiligi mu gihe ari we wari uhagarariye abatavuga rumwe na leta mu biganiro bigamije gukura Kabila ku butegetsi, ibi byateye impungenge Abakongomani bakeka ko uyu mugabo naramuka yongeye gutinda mu bitaro bizahesha perezida Kabila kuguma ku butegetsi kubera ko abamurwanya bacika integer. Kuri uyu wa 24 Mutarama 2017, umukongomani, Etienne […]
Ese abana b’Abaperezida bajya kwiga hanze byaba ari ukunenga ireme ry’uburezi ryo mu bihugu byabo?
Biragoye kumva cyangwa gusanga umwana wa Perezida runaka yiga mu gihugu se umubyara ayobora kabone nubwo icyo gihugu cyaba gifite iterambere rikomeye. Uretse n’abakuru b’ibihugu kandi, usanga n’abandi banyepolitiki bakomeye bajyana abana babo kwiga mu mahanga ndetse n’abo usanze biga mu gihugu kavukire usanga biga mu bigo byigenga. Aha umuntu yakwibaza niba aba bakuru b’ibihugu […]
Intara y'Amajyaruguru irasabwa kurandura ikibazo cy'isuku nke iyirangwamo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Hon. Francis Kaboneka yabisabye mu gikorwa cyo kwishimira ibikorwa byagezweho n’Intara y’Amajyaruguru mu mwaka wa 2016 no gufata ingamba z’ibiteganyijwe mu mwaka wa 2017. Iki gikorwa cyateguwe n’Intara y’Amajyaruguru cyitabiriwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, bamwe mu Badepite bagize Inteko Ishinga Amategeko, abagize Inzego z’Umutekano ku rwego rw’Intara, Abayobozi b’Uturere tugize Intara y’Amajyaruguru, […]
Burundi: Ikigo cya gisirikare cya Mukoni cyatewe n’abantu bitwaje ibirwanisho
Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko mu ijoro ryakeye abantu bitwaje ibirwanisho bagabye igitero ku kigo cya gisirikare cya Mukoni mu Ntara ya Muyinga. Nyuma y’iki gitero, biravugwa ko abantu batandukanye bakekwaho uruhare muri iki gitero muri Muyinga batawe muri yombi, ndetse abaharanira uburenganzira bwa muntu bakaba bafite impungnge ko hari n’abantu babigenderamo. […]
Burundi: Abanyururu 300 muri 2500 barekuwe nyuma y’imbabazi za perezida
Abanyururu 300 mu gihugu cy’u Burundi baraye barekuwe muri gereza nkuru ya Mpimba nyuma y’imbabazi perezida Nkurunziza aherutse gutanga. Bikaba biteganyijwe ko usibye aba mu gihugu hose hazarekurwa abagera ku 2,500. Kuri uyu wa Mbere nibwo itsinda rigizwe n’abantu 300 ryarekuwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba, I Bujumbura mu gikorwa cyayobowe na minisitiri w’ubutabera, Aimee […]
Iby’urugendo rwa Padiri Nahimana Thomas bishobora kuzarangira aka ya nkoni y’umwana
Kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017, nibwo Padiri Nahimana Thomas yari ategerejwe i Kigali ku nshuro ya kabiri ariko iby’urugendo rwe byongeye kuyoyokera nzira. Mu Kinyarwanda hari umugani ugira uti: “Inkoni y’umwana ishira dondidondi” Iby’uru rugendo rwa Nahimana narwo benshi bagiye barukurikirana batangiye kurugereranya nayo, ko amaherezo yarwo ruzarangirira mu magambo, n’ayo […]
“Abavuga ngo perezida uriho aragapfa nabo baragapfa” Mpayimana Phillipe(VIDEO)
Mpayimana Phillipe watangaje ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze impamvu yamuteye gufata icyemezo cyo kuziyamamariza ku myanya w’umukuru w’u Rwanda kuri uyu wa 24 Mutarama 2017, uyu mugabo ubarizwa mu mahanga yavuze ko ashaka kugira u Rwanda igihugu kirangwamo ihererekanya ry’ubutegetsi ritarimo kwikubira. Video Mpayimana yashyize ku rubuga rwe rwa youtube ikubiyemo impamvu nyamukuru yamuteye […]
Perezida wa Mexique yabwiye Donald Trump ko atazigera amupfukamira
Perezida wa Mexique, Enrique Peà ±a Nieto, kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Mutarama 2017 yatangarije Perezida mushya wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump, ko atifuza ko bahangana, ariko kandi ko atazigera anamupfukamira. Amubwira ko bazabana mu bwubahane ku mpande zombi, binyuze mu mishyikirano, hagati y’abashyize umukono ku masezerano y’ubuhahirane bwambukiranya inyanja ngari yaPacifique(TPP). […]
Rulindo : Abagenzacyaha barasabwa kurushaho gutanga serivisi nziza
Abagenzacyaha 65 bakorera mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru basabwe gukomeza no kurushaho kwakira neza ababagana no kubaha serivi nziza. Ibi babisabwe ku cyumweru tariki 22 uku kwezi mu mahugurwa y’umunsi umwe yabereye ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rulindo kiri mu murenge wa Bushoki; akaba yaribanze ku mitangire myiza ya serivisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Gambiya: Umugore wayoboranye na Jammeh yagizwe Visi Prezida
Perezida mushya wa Gambiya, Adama Barrow yahisemo umwungirije Fatoumata Jallow Tambajang. Uyu mugore wagizwe Visi Prezida wa Gambiya, yahoze ari impirimbanyi iharanira uburenganzira bw’abagore, akaba yarayoboye Minisiteri y’ubuzima ingoma ya Jammey yose, imyaka 22. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’akavuyo kamaze ukwezi kurenga Yahya Jammeh yihakanye ibyavuye mu matora, akaza kuva ku izima mu mpera z’icyumweru gishize, […]
Inzara,ubushomeri nibyo byatumye Abarundi 12 bisanga bagiye gucuruzwa
Abantu 12 bava mu gihugu cy’u Burundi berekanwe na Polisi bamwe muri bo bavuga ko impamvu bisanze bagiye kugurishwa ari nayo yabakuye iwabo ngo ni ubukene n’inzara byari bibarembeje Tariki ya 10 Mutarama 2017 nibwo bafashwe ubwo bari bagiye kunyura mu Rwanda berekeza muri Uganda babwirwa ko bazahabwa akazi ko murugo ndetse n’indi imirimo itandukanye […]
Gisagara : Abagore barareberwaho mu iterambere
abaturage n’abayobozi bo mu Karere ka Gisagara bavuga ko iterambere ryabo ryagaragarira ukuntu abagore baho biteje bahereye aho bavuye naho bageze,ibi bituma umugore aba indererwamo y’iterambere mu Karere kose. Rutaburingoga Jereme umuyobozi wa Karere ka Gisagara avuga ko abagore bateye imbere kuburyo butangaje ugereranyije naho bavuye naho bageze “ati:uburyo bwa mbere ni imyumvire ugereranyije no […]
Perezida w'Amerika yikomye itangazamakuru rimwishyura kumushushanya (AMAFOTO)
Abanyamakuru batandukanye bo ku isi bakoze amafoto ashushanya ibihe byaranze Donald Trump ndetse n’ibyo abatuye isi biteze ko uyu mugabo azakora mu gihe azaba ayobora Amerika, ni amafoto ashushanyije (Cartoons) yakozwe hagendewe ku byiyumviro n’ibitekerezo by’uko abanyamakuru bo ku isi batekereza ubutegetsi bwa Donald Trump. Muri aya mafoto hagaragaramo Trump nk’umuntu uzaba yanzwe ku isi […]
Abakunzi b’agatama barabogoza nyuma y’aho BRALIRWA izamuriye ibiciro
Mu mpera z’iki cyumweru kirangiye, nibwo uruganda rwa BRALIRWA rwazamuye ibiciro bya bimwe mu binyobwa byayo bisembuye, ku buryo ubu mu kabari gasanzwe icupa ryiyongereyeho amafaranga 100. Abamenyereye ibyo binyobwa ubu barabogoza, ababicuruza bacitse intege zo kubirangura, hari n’abavuga ko bagiye kwiyegurira ibya Skol cyangwa se za kambuca. Ubu icupa rya primus iriringaniye (Nolesi) ryavuye […]
Amabanga 8 yo gukesha icyumba mushobora gukoreramo imibonano mpuzabitsina
Hagati y’abashakanye, gutera akabariro ni kimwe mu byo urugo ruba rwubakiyeho, haba mu kwagura umuryango ndetse no kwinezeza, bityo rero iki gikorwa kiba cyubashywe ndetse si na ngombwa ko gikorwa hari ubahagaze hejuru. Ni igikorwa kandi gikorwa mwese mutuje, mukagikorera ahatuje, icyumba rero muba muryamamo biba byiza iyo gifite isuku mbese nta muvundo uhari cyangwa […]
Intsinzi ya Arsenal yatumye yicara ku mwanya wa kabiri
Umukino wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley waje kurangira Arsenal iyinyagiye ndetse binayihesha kurara yicaye ku mwanya wa kabiri ku rutonde rusange. Umukino warangiye ari ibitego 2 bya Arsenal kuri 1 cya Burnley, ubu Arsenal ikaba ifite amanota 47 nyuma ya Chelsea iri ku mwanya wa mbere n’amanota 55 ku rutonde rwa Premier League. Igitego […]
Rwanda: Imvura yishe abantu 3 yangiza inzu zirenga 800
Abantu batatu nibo MIDMAR yemeza ko bishwe n’imvura yo muri weekend naho inzu zirenga 800 ubu nizo zimaze kubarurwa ko zangijwe n’iyi mvura yaguye mu ijoro ryo ku wa 21 Mutarama 2017, Philippe Habinshuti ushinzwe ubutabazi no gufasha abahuye n’ibiza muri iyi Minisiteri y’imicungire y’ibiza n’impunzi (MIDMAR) yatangarije Newtimes ko iyi mvura yari ifite ubukana […]
Abarundi 12 bafatiwe mu Rwanda bagiye kugurishwa
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 12 bafite ubwenegihugu bw’u Burundi bafatiwe ku mupaka w’Akanyaru utandukanya u Rwanda n’u Burundi bari bagiye kugurishwa mu bindi bihugu, bafashwe ku wa 10 Mutarama 2017. Aba 12 ngo bazanywe n’umurundi mwene wabo abahereza abanyakenya 2 kuri ubu nabo bari mu maboko ya polisi y’u Rwanda nyuma yo gutabwa muri […]
KIREHE: Polisi y’u Rwanda yahaye bana bo mu itorero Imitavu ibikoresho by’ishuri
Mu rwego rwo kurushaho gukumira no kurwanya ibyaha, ku cyumweru tariki ya 22 Mutarama 2017, Polisi y’u Rwanda yagiranye ubusabane inifuriza umwaka mushya n’intangiriro nziza z’umwaka w’amashuri abana basaga 100 b’abafatanyabikorwa bayo mu gukumira no kurwanya ibyaha bibumbiye mu itorero ”Imitavu.” Iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Gahara akarere ka Kirehe aho aba bana bahawe […]
Muhanga: Ababyeyi barishimira uburyo REB yashyize abana mu bigo by’amashuri
Ababyeyi batari bake bo mu karere ka Muhanga bahoraga ku nkeke zo kubonera amashuri abana babo batafashwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) nyuma yo gukora ibizamini bya leta bisoza umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza cyangwa umwaka wa gatatu w’ikiciro rusange. Kuri ubu barabyinira ku rukoma nyuma y’uko REB igaragaje aho buri mwana wese wakoze ikizamini […]
Ku myaka 50, yashatse kwiyahura kubera kutishimira ikibuno cye yita kibi-AMAFOTO
Lerato Pitso, ni umugore ukomoka muri Afurika y’Epfo, uyu mugore yashatse kwiyahura kubera imiterere y’umubiri we avuga ko atishimiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aganira na dailmaily, Pitso yagize ati: “Rimwe na rimwe bamvuga bajujura, iyo ntambutse ku bantu basigara bamvuga nahindukira nkasanga barimo gufotora inyuma hanjye (ikibuno), hari igihe naringiye kwiyahura kubera ko numvaga ntameze neza kubera […]
Yahya Jammeh yasize asahuye Gambia mu buryo bukomeye
Yahya Jammeh waje kwemera kurekura ubutegetsi nyuma yo gutinya kuraswa n’ingabo z’ibihugu bituranyi bya Gambia yaba yarahunze agasiga asahuye amafaranga iki gihugu nk’uko byatangajwe n’umujyanama wa perezida mushya Adama Barrow. Mai Ahmad Fatty, umujyanama wa perezida Barrow kuri ubu ukiri muri Senegal yatangaje ko mu bubiko bwa Gambia habuzemo amafaranga angana n’amadorari y’Amerika miliyoni 11 […]
Anne Kansiime akomeje gutungurana mu myambaro —AMAFOTO
Umunyarwenya Anne Kansiime ukomoka mu gihugu cya Uganda, ubu yongeye kugaragara yambaye agakabutura gato, uyu mwambaro we ukaba watumye benshi bongera kumuvugaho byinshi. Iyi Foto ya Kansiime, abantu bagiye bayihanahana ku mbuga nkoranyambaga ari nako bayivugaho amagambo atandukanye, gusa ku bwa Kansiime we ntacyo yayitangajeho dore ko n’ubundi ibye akenshi babifata nk’urwenya, ko aba yabikoze […]
Abandi batanu bo muri M23 biganjemo ba captain bafatiwe muri Kisoro bajya muri Congo
Inzego z’umutekano mu Karere ka Kisoro mu burengerazuba bwa Uganda zataye muri yombi abandi barwanyi 5 bahoze muri M23 bakekwaho kuba bari bagiye kujya muri Congo. Aba bafashwe, Sgt. Erick Munezero, Capt. Roger Kubwimana, Capt. Hategeka Ngiruwonsanga, Capt. Freesia Musabyimana na Capt. Patrick Mugisha, bakaba bari batorotse mu nkambi ya Bihanga mu Karere ka Ibanda, […]
Uganda: Abandi bahoze muri M23 biganjemo ba captain bafatiwe muri Kisoro bashaka kujya muri Congo
Inzego z’umutekano mu Karere ka Kisoro mu burengerazuba bwa Uganda zataye muri yombi abandi barwanyi 5 bahoze muri M23 bakekwaho kuba bari bagiye kujya muri Congo. Aba bafashwe, Sgt. Erick Munezero, Capt. Roger Kubwimana, Capt. Hategeka Ngiruwonsanga, Capt. Freesia Musabyimana na Capt. Patrick Mugisha, bakaba bari batorotse mu nkambi ya Bihanga mu Karere ka Ibanda, […]
Polisi y’u Rwanda yaburijemo ubujura bw’ikoranabuhanga bw’amadolari ibihumbi 700
Umwaka ushize, agatsiko k’abajura kagizwe n’abanyarwanda ndetse n’abanyamahanga bateguye umugambi wo kwiba amafaranga bakoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga mu bayavana muri banki yo mu gihugu angana n’amadorali y’amerika ibihumbi 700. Aya mafaranga yagombaga kuvanwa kuri konti y’ibigo bya leta bitanu yari muri iyo banki maze akoherezwa ku yindi konti iri mu kindi gihugu. Kugira ngo bagere ku […]
Mu magambo akakaye, Inteko ishinga amategeko y’u Burundi yihenuye kuri EU
Itangazo ryashyizweho umukono ku wa 20 Mutarama 2017 na baperezida b’inteko ishinga amategeko y’u Burundi imitwe yombi rigamije gusubiza ku birego iki gihugu giherutse gushinjwa n’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU), iri tangazo ryanditswe mu rurimi rw’igifaransa ririmo amagambo akakaye amenyesha EU ko Abadepite b’u Burundi batowe n’abaturage biryo ko badashobora kubangamira ababatoye. Inteko ishinga amategeko y’umuryango […]
Ubutaliyani: Hagiye gutorwa itegeko rizasharirira Abimukira bagacika intege
Kuri uyu wa 23 Mutarama 2017, inteko ishinga amategeko y’Ubutaliyani iratora itegeko rishobora kuzasharirira Abimukira bahoraga bagwa mu nyanja bashaka kujya gushaka amaronko muri iki gihugu, ni itegeko rigaragaza ibimeze nko gukandamiza no gukoroniza abizanye. Ikinyamakuru the times dukesha iyi nkuru cyanditse ko inteko ishinga amategeko y’Ubutaliyani izatorera umushinga w’itegeko rivuga ko umwimukira wese uri […]
Amafoto afite ubusobanuro bwa Demokarasi utapfa kubona ku mugabane w'Afurika
Hibazwa icyaba cyarateye umurozi w’umuhanga kuroga umugabane w’Afurika, n’ubwo uyu murozi ataraboneka ariko ibikorwa bye kuri uyu mugabane biragaragara, hakenewe umuganga w’inzobere uzavura Afurika ikomeje kugaragaza intege nke muri demokarasi. Ifoto igaragaza umukuru w’igihugu ucyuye igihe ari kumwe n’uwugomba kumusimbura ziboneka hake muri Afurika kuko akenshi kuri uyu mugabane hasimburwa uwamaze kwicwa, gushyirwa muri gereza […]
Makenga niyongera gutangiza intambara FARDC izamubereka ari muzima cyangwa ari umupfu — Gen Olenga
Umujyanama mu bya gisirikare mu biro by’umukuru w’igihugu muri Congo, Gen. Francois Olenga, uri i Goma muri Kivu y’Amajyaruguru guhera kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Mutarama 2017, yahamagariye abahoze ari abarwanyi ba M23 kwishyira mu maboko y’ingabo za Congo, FARDC. “ Makenga ndamusaba kujya mu gihugu cye ariko ntatangize intambara, ibitari ibyo, FARDC izabereka […]
Impanuka ya Kamonyi n’imvura ya Kigali byaraje abantu mu tubari
Impanuka yaraye ibereye mu karere ka Kamonyi yatumye imodoka ziva mu majyepfo zijya I Kigali zihagarikwa amasaha arenga 4. Ubwo kandi niko na Kigali imvura yabicaga bigacika. Aho imodoka zirekuriwe, abagenzi bageze Nyabugogo mu ma saa yine z’ijoro ari benshi, kandi amazi yafunze umuhanda imvura ikiri yose. Uburyo bwo kuva Nyabugogo bwari ingorabahizi, utabasha guhendwa […]