Papa Francis yanze kugira icyo avuga kuri Trump amugereranya na Adolf Hitler

Umushumba wa Kiliziya gatorika ki isi yanze kugira byinshi atangaza kuri perezida mushya wa leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump, mu kiganiro Papa Francis yagejeje ku banyamakuru kuri uyu wa gatandatu tariki ya 21 Mutarama 2017 nyuma y’irahira rya Donald Trump yavuze ko ibya Trump ari ukubhanga ukubitega amaso kugeza bisohoye. Papa Francis wahoze afitanye […]

Padiri Nahimana ngo aragera mu Rwanda kuri uyu wa Mbere

Umunyapolitiki Padiri Thomas Nahimana ngo aragera mu Rwanda kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Mutarama 2017 nyuma yo kwangirwa kwinjira mu Rwanda kuwa 23 Ugushyingo 2016 biturutse ku cyemezo ngo cyafashwe n’abayobozi Perezida Paul Kagame yagaye ku mugaragaro nk’uko itangazo rigenewe abanyamakuru ubuyobozi bw’ishyaka Ishema rya Padiri Nahimana, ryashyize ahagaragara rivuga. Muri iri tangazo ubuyobozi […]

Abanyeshuri 8 bo muri Tanzaniya bakurikiranyweho ibikorwa by'ubutasi muri Malawi

Abanyatanzaniya 8 bafungiye mu gihugu cya Mali guhera mu mpera z’umwaka wa 2016 bakurikiranyweho kwigira abatasi muri kiriya gihugu bateje urunturuntu hagati y’ibihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba banyatanzaniya bafashwe n’inzego zishinzwe iperereza muri Malawi mu Kuboza 2016, bavuga ko bari boherejwe na leta ya Tanzaniya gutata niba kiriya gihugu kidakora ibitwaro bikoresha imyuka ihumanya bahita […]

Ku munsi wa mbere w’akazi, Donald Trump yatangiye gufunga ibitangazamakuru bimubeshyera

Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika utaramara iminsi byibura ibiri ku butegetsi yikomye bikomeye itangazamakuru ryo muri Amerika asaba ikigo cy’ubutasi bw’Amerika gukurikirana imikorere y’ibitangazamaku Ibi perezida Donald Trump yabitangarije mu ruzinduko yagiriye mu kigo cy’ubutasi bw’Amerika (CIA) kuri uyu wa 21 Mutarama 2017 uyu mugabo yagarutse ku mibare yanditswe n’ibinyamakuru bitandukanye bivuga ko ibirori […]

Kamonyi: Imodoka 2 zagonganye zihita zishya zirakongoka

Kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa 17h50 imodoka 2 imwe yo mu bwoko bwa Fuso n’igikamyo kikorera ibikomoka kuri peteroli zasakiranye zihita zifatwa n’inkongi y’umuriro. Ubwo umunyamakuru wa Bwiza.com yanyarukiraga ahabereye iyi mpanuka, yaganiriye na Bwana Habimana Jean Bosco wayirokotse ari muri Fuso imwe muri izo modoka zagonganye avuga ko igikamyo ari cyo cyagonze fuso. […]

Kigali: Imvura ivanze n’umuyaga yangije imyaka inasenya inzu- AMAFOTO

Iyi mvura idasanzwe ivanze n’umuyaga mwinshi yaguye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Mutarama 2017, mu masaha ya saa cyanda n’igice (15:30). Abaturage iyi mvura yakozeho ni abatuye mu kagali ka Nzove, umurenge wa Kanyinya mu karere ka Nyarugenge, aho bamwe yabasamburiye inzu abandi yararika imyaka kubera umuyaga mwinshi. Umwe mu […]

USA: Habonetse umurambo w’Umunyarwanda wari waraburiwe irengero

Umurambo w’umusore w’Umunyarwanda witwa Munyensanga Evariste wari umaze iminsi aburiwe irengero aburiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, watoraguwe ku nkombe za Cape Elisabeth muri iki cyumweru ariko habanza kubaho kuyoberwa uwo ari we ndetse bamwe banamwitiranya n’umuzungu kubera ukuntu umubiri we wari wahindutse. Evariste Munyensanga wari ugeze mu kigero cy’imyaka 29, yabuze kuwa 18 […]

Itabi ryamwokeje mu kanwa ahita akuka amenyo 7-AMAFOTO

Andrew Hall, Umugabo ukomoka mu gace ka Idaho muri USA yakutse amenyo 7 ndetse anakomereka bikomeye mu kanwa ubwo yotswaga n’itabi rikoreshwa n’amashanyarazi (cigarette Ă©lectronique). Uyu mugabo n’agahinda kenshi yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto ye yakomeretse ku munwa wo hasi, avuga ko itabi ryamuturikanye arimo kurinywa rinamukomeretsa mu kanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Avuga ibyamubayeho yashimangiye ko […]

Amafoto: Rayon Sport ikoze agashya abakinnyi bayo bagera kuri stade muri za V8

Ikipe ya Rayon Sports icakirana na APR FC kuri uyu wa Gatanu igeze ku munsi wa 14 itaratsindwa umukino yageze ku kibuga cya Stade Amahoro umukino uberaho abakinnyi bayo bari mu mudoka zo mu bwoko bwa V8 zigera ku munani. Reba Amafoto: [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Rayon Sports iheruka gutsinda APR FC mu mikino ibiri iheruka, muri […]

U Rwanda na Ingabire Victoire mu Rukiko Nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu vuba aha

Urukiko Nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu n’abaturage ruritegura kumva imanza ziregwamo u Rwanda nubwo rwo ruteganya kwitandukanya n’uru rukiko. Muri Werurwe biteganyijwe ko u Rwanda ruzagera imbere y’uru rukiko nyuma y’ikirego cyatanzwe n’umunyapolitiki, Victoire Ingabire arega u Rwanda guhonyora uburenganzira bwe nk’umunyapolitiki ndetse n’ikiremwamuntu. “ Ikibazo cya Ingabire kizumvwa mu ruhame kuwa 17 Werurwe 2017 ”, […]

Abasirikare b’u Burundi bakomeje ibiraka muri Centrafrika

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama 2017, abasirikare b’u Burundi nibwo berekeje muri Repubulika ya Centrafrika mu butumwa bw’amahoro. Nk’uko byatangajwe na Col Gaspard Baratuza, umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi ngo aba basirikare boherejwe muri Centrafrika mu butumwa bwo kugarura amahoro, ni 850 bakazagenda mu byiciro 4 mu gihe cy’umwaka. Iki kiciro cya mbere […]

RDF yahuguye abayobozi muri Bangui ku bijyanye n’ibyiza by’umuganda

Abayobozi bo mu nzego z’ibanze bo mu gihugu cya Santarafurika bagera kuri 220, baturutse mu Turere umunani tw’umujyi wa Bangui hamwe n’abandi baturutse mu Turere tubiri tw’inkengero z’umujyi, kuri uyu wa kane tariki 19 Mutarama 2017, batangiye amahugurwa y’iminsi itatu ku bijyanye n’ibyiza byo gukora umuganda. Aya mahugurwa ari gutangirwa mu cyumba cy’inama cya FATEB […]

Gambia: Yahya Jammeh yashyize yemera kurekura ubutegetsi

Nyuma y’amasaha menshi yo kwiginga kwa perezida wa Mauritania n’uwa Guinea kuri uyu wa Gatanu,perezida wa Gambia, Yahya Jammeh yemeye kurekura ubutegetsi abinyuza kuri televiziyo y’igihugu mu gicuku. Mu ijambo rye Yahya Jammeh yagize ati: “ Nizera akamaro k’ibiganiro n’ubushobozi bw’Abanyafurika bwo kwikemurira ubwabo ibibazo bya demokarasi. Niyo mpamvu mfashe icyemezo uyu munsi cyo kureka […]

Icyiciro cya D cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga cyavuguruwe

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda rirasaba abatwara ibinyabiziga by’umwihariko abafite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga “ perimi” rw’icyiciro cya D babonye mbere y’umwaka w’2009, kwihutira kugana iri shami kugira ngo bahabwe urundi ruhushya rwa D1. Ibi ni ibiteganywa n’Iteka rya Perezida ryasohotse mu igazeti ya Leta nimero 12 yo kuwa 23/03/2009. […]

RDC: Imirwano hagati ya FDLR na Mai-Mai yaguyemo umwe undi arakomereka

Umurwanyi umwe wo mu mutwe wa FDLR yiciwe mu mirwano yabahuje n’umutwe wa Mai-Mai ahitwa Mambu muri Teritwari ya Butembo ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Undi murwanyi umwe nawe yakomerekeye muri iyo mirwano yabaye kuri uyu wa kane ushize nk’uko byatangajwe n’umukuru w’Umurenge wa Bapere, M. Kambakamba. Uyu muyobozi yagize ati: “ Habayeho imirwano hagati y’aba […]

Byari ibirori n’ibyishimo nyuma yaho Perezida Trump agereye ku ntebe ye- REBA AMAFOTO

Donald Trump, Perezida mushya wa USA, nyuma yaho atangiriye imirimo ye muri White house kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama 2017, we n’umuryango, inshuti n’abavandimwe baranzwe n’umunezero. Mu ijambo Trump yagejeje ku mbaga ku nshuro ya mbere ari muri White House, yatangaje ko n’abari baribagiwe bagiye kwibuka, ko iki ari cyo gihe Amerika […]

Mushishiro: Abaturiye urugomero rwa Nyabarongo barasaba Leta kwegerezwa n'ishuli ry'imyuga

Abaturiye urugomero rwa Nyabarongo ya mbere ruri mu murenge wa Mushishiro mu karere ka Muhanga, barasaba leta kubashyirira ishuri ry’imyuga, ku nzu zubatswe na rwiyemezamirimo wakoze urugomero rw’amashanyarazi, kugira ngo abana babo bave mu bwigunge bwo gukora ibirometero birenga icumi bajya kwiga imyuga. Umurenge wa Mushishiro ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Muhanga, […]

Pasiteri yagerageje kumara iminsi 40 nka Yesu atarya atananywa, apfa ku munsi wa 30

Alfred Ndlovu yari pasiteri wo muri Afurika y’Epfo, yagerageje gutera ikirenge mu cya yesu ariko ntibyamukundira, kuko yifuzaga kumara iminsi 40 atarya atananywa ariko ku munsi wa 30, ubuzima bwe burahagarara. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru lanouvelletribune, uretse kuba uyu mupasiteri yarakoze ibi akitaba Imana ngo n’ubusanzwe muri sosiyeti yabagamo benshi baramukundaga ndetse bakamufata nk’umuntu w’ikitegererezo bitewe […]

Umugabo ufite igitsina kirekire kurusha abandi ku isi cya 50cm-REBA AMAFOTO

Roberto Esquivel Cabrera ni umugabo ukomoka muri Mexique, uyu mugabo w’imyaka 54 y’amavuko afite igitsina gitangarirwa na buri wese dore ko gikabakaba muri 50Cm z’uburebure. Yagize ati: “ndanezerewe kuba ari njye ufite igitsina kirekire ku isi, nejejwe n’iki gitsina cyanjye, nkeka ko nta bandi bafite igifite uburebure bukabakaba ku bw’icyanjye”. Uyu mugabo yatangaje ibi mu […]

Bamwe mu batarakomeje gusakuriza u Rwanda muri 2016, Perezida Kagame yabishimiye Imana

Ku wa 15 Mutarama mu masengesho yo kuragiza u Rwanda Imana nibwo perezida Kagame yagize ati “Muzi ko nta mwaka wigeze uhita tudafite abadusakuriza ndetse bagabanya umuvuduko tugenderaho ari yo ntego yabo, ariko mu mwaka ushize byabaye bikeya na byo turabishimira Imana. Kandi ndabivuga nizera ko no mu mwaka twatangiye wa 2017, icyadushoboresheje ibyo muri […]

Igisirikare cya Uganda cyiyemeje guhorera umusirikare uherutse kwicwa na Al Shabab

Igisirikare cya Uganda cyabwiye Al Shabab ko izishyura urupfu rubabaje iherutse kwica umusirikare wacyo yari yarafatiye ku rugamba muri Kanama 2015. Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda ucyuye igihe, Lt Col. Paddy Ankunda kuri uyu wa gatatu ushize yavuze ko Al Shabab yarenze ku mahame mpuzamahanga yo kurinda imbohe z’intambara. “ Twabonye video kandi ikigaragara ntibyemewe ”, […]

Mavenge Sudi mu gitaramo kidasanzwe mu mujyi wa Kigali

Umuhanzi akanaba umucuranzi, Mavenge Sudi benshi bazi ku ndirimbo nka Gakoni k’abakobwa, kuri ubu ategerejwe na benshi muri uyu mujyi wa Kigali aho arataramira abakunzi be kugeza mu gitondo. Mavenge Sudi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Mutarama 2017, arataramira abakunzi be muri Bar Resto Nectar, iherereye mu mujyi wa Kigali, hafi y’agakinjiro imbere […]

Ese imibonano mpuzabitsina yaba ari kimwe mu bimenyetso by’urukundo?

Abantu benshi bakunze kwitiranya gukundana no gukorana imibonano mpuzabitsina ndetse akenshi ukanasanga abari abakunzi bashwana bagatandukana bapfa ko umwe muri byo yanze gukemurira undi akabazo. Muri iyi minsi ya none, usanga abantu baba urubyiruko cyangwa abakuru barimitse umuco wo guhuza ibitsina babyita urukundo ariko washishoza neza ugasanga nta rukundo ruba rurimo kuko akenshi bamwe iyo […]

Burundi: Abagera kuri 12 bamaze guhitanwa n’inzara no kubashyingura bikaba ikibazo

Abantu bagera kuri 12 mu gihugu cy’u Burundi bamaze guhitanwa n’inzara kuva mu kwezi kw’Ukwakira umwaka ushize, aho icyenda muri bo bapfuye mu byumweru bibiri bishize barimo abana bane. Abayobozi bakaba basaba amashyirahamwe atandukanye kubashakira ibyo kurya. Abaturage bibasiwe n’inzara kurusha abandi ngo ni ababa muri site ya Muyange ya mbere iri muri Komini Gihanga, […]

Ese Padiri Nahimana Thomas nakubita igihwereye muri politiki azasubira muri Kiliziya yakirwe?

Padiri Nahimana Thomas ubu wiyambuye ikanzu ya Kiliziya aba umukinnyi ukomeye wa politiki, ku bwe ahamya ko isaha ku isaha azashakira kugaruka muri kiliziya azagaruka by’umwihariko ko nta tegeko rimubuza politiki ari padiri. Mu kiganiro yagiranye n’Ijwi rya Amerika, Nahimana Thomas yabajijwe niba koko ari padiri cyangwa niba ari akazina k’agahimbano yahawe, asubiza avuga ko […]

Urutonde rw’abakinnyi 10 ba ruhago b’abaherwe ku mugabane w’Afurika

Bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru ku muri Afurika bagiye bahirwa n’ikirenge cyabo ndetse bamwe baza no kureka uyu mwuga wo gukina bajya gukora indi mirimo ariko bakoresha amafaranga bakuye mu gukina. Ku rutonde rwashyizwe ahagaragara mu mpera z’umwaka wa 2016, rwerekana bamwe mu bakinnyi 10 bo kuri uyu mugabane nk’uko bikorwa ku yindi migabane, babashije […]

Amafoto: Polisi yasubije ba nyirabyo ibikoresho bitandukanye yafashe byibwe

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatanu yakoze igikorwa cyo gusubiza ba nyirabyo ibikoresho bya elegitoloniki bari baribwe yagiye ifata mu mikwabu itandukanye. Iki gikorwa kikaba cyabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru. Mu minsi ishize nibwo Polisi y’u Rwanda yahamagariye abantu bibwe ibikoresho bitandukanye bya elegitoloniki kujya kureba ko hari ibyabo […]

Gambia: Jammeh yahawe amahirwe ya nyuma mu gihe ECOWAS yamaze kugera mu gihugu cye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu byari biteganyijwe ko abayobozi muri Afurika y’uburengerazuba bajya I Banjul muri Gambia guha amahirwe ya nyuma yo kuva ku butegetsi mu mahoro perezida Yahya Jammeh mbere y’uko agabwaho ibitero n’ingabo z’ibi bihugu zikamukuraho ku ngufu. Ingabo za ECOWAS zirangajwe imbere na Senegal na Nigeria, mu ijoro ryo kuri […]

Amatariki y’ingenzi yaranze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (IGICE CYA 2)

Mu mateka y’ubwicanyi mu Rwanda, ijambo IMPERUKA y’ABATUTSI ritavuzwe bwa mbere muri 1993. Perezida KAYIBANDA niwe wa mbere warikoresheje mu ijambo yavugiye kuri Radio Rwanda ku itariki 11 Werurwe 1964 abitewe n’igitero cyari cyagabwe mu Bugesera ku wa 21 Ukuboza 1963 na bamwe mu mpunzi z’Abanyarwanda bavuye i Burundi ; KAYIBANDA yaravuze ngo : « […]

Hagiye gusohoka indirimbo ihuriweho n'abahanzi bo mu Rwanda, Tanzania na Malawi

Abahanzi nyarwanda barimo Danny Vumbi, Oda Paccy ndetse Nicolas bafitanye umushinga wo gusohora indirimbo imwe bahuriyeho n’abandi bahanzi bo mu gihugu cya Tanzania ndetse na Malawi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi ndirimbo izaba ari akataraboneka iri mu rurimi rw’icyongereza yiswe Your Love bikaba biteganyijwe ko izaba yamaze kugera hanze muri uku kwezi kwa Mutarama, ubu hakaba hari […]

Nyamagabe: Babiri batawe muri yombi nyuma yo kwica uwo bitaga umujura

Polisi y’u Rwanda iramaganira kure abantu bishora mu bikorwa bibi byo kwihanira mu gihe bafashe ukekwaho gukora icyaha runaka, ikabasaba guhita babimenyesha inzego zibishinzwe kuko kwihanira ari icyaha kandi gihanwa n’amategeko. Ubu butumwa butanzwe nyuma y’uko mu karere ka Nyamagabe abagabo babiri bafashwe nyuma yo kwivugana uwo bakekagaho ubujura. Byabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru mu […]

Gicumbi: Hagiye kubakwa inzu ndangamurage y’urugamba rwo kubohoza igihugu

Abantu 35 nibo batoranyijwe muri 200 bagomba kuzambikwa imidari nk’intwari z’igihugu nk’uko byatangajwe n’urwego rw’igihugu rushinzwe intwari z’igihugu. Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’uru rwego, Dr Pierre Damien Habumuremyi yavuze ko abantu 35 bamaze gusuzumwa muri 200 bakorerwagaho ubushakashatsi. Iki kiganiro n’abanyamakuru kikaba cyari cyateguwe mu rwego rwo kubagezaho aho imyiteguro y’Umunsi […]

Impamvu umwaka wa 2017 uzagora ibihugu bya EAC mu bukungu

Ibihugu bitandatu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba bishobora kuzasubira inyuma cyane muri uyu mwaka wa 2017 bitewe n’ibikorwa bitandukanye bigiye biteganyijwe muri ibyo bihugu, uku gusubira inyuma gushobora no kuzatuma EAC idakomeza kugaragara nk’umwe mu miryango y’ibihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara igaragaza iterambere ry’ubukungu nk’uko byahoze mu myaka yashize. Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ubusanzwe wazaga imbere […]

Umugore w’imyaka 36 yafashwe atangiye gusambana n’umwana we w’imyaka 10

Mu mujyi wa Durban uherereye muri Afurika y’Epfo, niho umugore ufite imyaka 36 y’amavuko yafashwe agerageza gukorana imibonano mpuzabitsina n’umwana we w’umuhungu w’imyaka 10. Aba bombi ibyo bari bagiye gukora bigayitse, bageragezaga kubikorera mu ruhame aho bogeraga mu bantu benshi, abo bari kumwe babafata amashusho ndetse banayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri iyo video, […]

Umugabo akurikiranyweho gutwikira mu nzu abana be babiri

Umugabo witwa Endris Mohammed w’imyaka 46 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Birmingham gihana imbibi n ’u Bwongereza arashinjwa ibyaha byo kwihekura aho akekwaho kuba yaratwikiye mu nzu abana be 2, Saros Endris w’imyaka 8 ndetse na mushiki we Leanor Endris w’imyaka 6 y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ushinzwe gutanga amakuru mu gace bariya bantu babamo, Nick Barnes […]

Gen Kamanzi uyobora region ya 34 ya FARDC yerekanye abarwanyi ba M23 bafashwe

Umuyobozi wa region ya 34 y’ingabo za FARDC, Gen. Francois Kamanzi, kuri uyu wa gatatu ushize yeretse Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru abarwanyi babiri yise ko ari abo mu mutwe wa M23. Abo akaba ari Major Zimurinda James na Adjudant-chef Desire Karangwa, ngo bafashwe mu minsi ishize bari gupakira intwaro mu mifuka y’ibirayi. Nk’uko Gen. Kamanzi […]

Perezida Magufuli yitandukanyije na Jahya Jammeh amwita umunyagitugu

Abakuru b’ibihugu bitandukanye batangiye kugaragaza ko badashyigikiye ubutegetsi bw’igitugu no kwikubira bwa Jahya Jammey wanze kurekurira Adam Barrow wamutsinze mu mutora y’umukuru w’igihugu. Umwuka ututumba mo intambara ukomeje kuba mwinshi mu burengerazuba bw’Afurika mu nkengero z’igihugu cya Gambia kiri kuyoborwa n’abakuru b’ibihugu babiri umwe ari imbere mu gihugu undi we abarizwa muri Senegal. Abinyujijije ku […]

Ikarita yerekana aho ibisasu 20,000 bya perezida Obama byashegeshe

Mu gihe perezida w’Amerika Barack Obama ari gusaza manda ze ebyiri agenerwa n’amategeko nk’uko yari yazitorewe, ikinyamakuru cya the independent cyashyize ahagaragara ikarita yerekana uko uyu mwirabura wayoboye Amerika mu myaka icumi uhereye muri 2008 yagiye atera ibindi bihugu mu ntambara zo yabigabyeho The independent yerekanye ko Obama na leta yari ayoboye babashije kurekurira ku […]

Abanyarwanda bazaba barama imyaka 70 y'ubukuru muri 2030

Byatangajwe muri raporo y’umuryango w’Abibumbye agashami gashinzwe ubukungu n’imibereho y’abaturage, iyi raporo yasohotse ku wa 17 Mutarama 2017 igaragaza ko Abanyarwanda bazaba bafite ikizere cy’ubuzima kingana n’imyaka 70 y’ubukuru mu mwaka wa 2030. Amahirwe yo kurama imyaka mwinshi ku baturage batuye mu gihugu cy’u Rwanda cyitezweho kuzamukaho imyaka 20 kikava ku myaka 50 kikagera ku […]

Amwe mu mategeko yo muri Bibiliya atagikoreshwa (igice cya mbere)

Muri Bibiliya yera hagaragaramo amategeko menshi ndetse ashobora no kuba arenga 300. Gusa Bibiliya idusaba gukurikiza amategeko 10 kuko ariyo ibyiza byose bishingiraho. Ijambo ry’Imana rivuga ko iyo wishe rimwe mu mategeko yayo uko ari 10 uba uyacumuye yose. Dore amwe mu mategeko yakoreshwaga ku gihe cy’Abaroma ariko kuri ubu akaba atagikoreshwa nubwo akigaragara muri […]

Musanze: Ruswa igira ingaruka ku mitangire ya serivisi n’iterambere —ACP Mutezinare Bertin

Ibi ni bimwe mu bitangazwa na Assistant Commissioner of Police (ACP) BĂ©rtin Mutezintare, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru, mu nama polisi y’igihugu yagiranye kuwa 17 Mutarama 2017 n’ abakora mu rwego rw’ubuvuzi mu Karere ka Musanze bagera kuri 293 ku bubi bwa ruswa n’uruhare rwabo mu kuyikumira no kuyirwanya. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iki […]

Kigali: Abazunguzayi barahigwa, Singapore bagahembwa

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama 2017, nibwo umujyi wa Kigali wongeye gushimangira amabwiriza yawo yo guca abazunguzayi mu muhanda, anabagenera ibihano, bo n’abakiriya babo. Bamwe mu banyarwanda ntibemeranya nayo, cyane ko hari ibihugu ubu bucuruzi bukorwa bukabiteza imbere. Mu gihugu cya Singapuru umucuruzi wo mu muhanda yegukanye igihembo cy’isi mu bucuruzi bw’ibiryo, […]

Urukundo rwa Perezida Obama n'umugore we rwabaye ishuri ku banyamahanga

Perezida w’Amerika ucyuye igihe Barack Obama akomeje kugaragariza umugore we Michelle Obama urukundo rudasanzwe nyuma y’imyaka itari micye bamenyanye ndetse bakabana nk’umugabo n’umugore. Ibi byagaragaye muri iki cyumweru ku magambo uyu Perezida Obama yandikiye umugore we abinyujije ku rubuga rwa Twitter ubwo yari yizihije isabukuru ye y’amavuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Perezida Obama yerekanye ko nta muntu […]

Gushimuta no kwica abantu zabateye ibyuma mu maso, ni bimwe mu byo Imbonerakure zishinjwa

Urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, ruzwi ku izina ry’Imbonerakure ngo rukomeje kugira imbaraga ari na ko rukorana bya hafi n’inzego z’ubutasi mu kugaba ibitero ku batavuga rumwe n’ubutegetsi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane na Human Rights Watch. Uyu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu ufite icyicaro muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wavuze […]

Umukino w’amacenga hagati ya M23 n’igisirikare cya Uganda

Mu Ugushyingo 2016, nibwo ibinyamakuru byo muri Uganda byatangaje ko Gen Sultani Makenga yatorotse inkambi muri Uganda agasubira muri Congo, ubwoba bwatashye Leta ya Congo nayo isaba abasirikare bayo kuryamira amajanja. Ubwo inkuru yari imaze kuba kimomo ahantu hose, nibwo igisirikare cya Uganda cyagize icyo kibivugaho, umuvugizi w’igisirkare cya Uganda avuga ko ari ibinyoma. Lt […]

Amafoto: Umugore wambaye ubusa afashe ku bugabo bwa Perezida Trump yateje agasaku

Amafoto y’umugore wambaye ubusa igice cyo hejuru afashe ku gice cy’ibanga cya Perezida Trump yateje urujijo mu gihugu cya Esipanye. Uyu ni umwe mu bagore bigaragambya bamagana Perezida Trump muri iki gihugu, aho ngo yabanje kurwana n’abarinda ikibumbano cya Perezida Trump kiri mu nzu ndangamurage wa kiriya gihugu mu mujyi wa Madrid. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kugeza […]

Patrice Lumumba yarishwe n’umurambo we urazimangatanywa ngo utazateza ibibazo – Ubuhamya

“ Nacagaguye umurambo wa Lumumba nkwinika muri acide. Mu ijoro rya kinyafurika, twabanje gusinda ngo tugire akanyabugabo. Twatandukanyije imirambo. Icyari gikomeye cyabaye kuyicagaguramo ibice n’urukezo mbere yo kuyishyira muri acide. Ni nk’aho nta kintu cyasigaye, usibye amenyo macye. Noneho umunuko! Nakarabye inshuro 3 ariko nkomeza kumva nanduye nk’igihararumbo .” Ubu ni ubuhamya bw’Umubiligi GĂ©rard Soete […]

Hon. Francois Kanimba yarahiriye umwanya muri EALA

Kuri uyu wa Gatatu inteko Ishinga amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EALA, yakiriye indahiro ya minisitiri w’ubucuruzi n’ibikorwa bya EAC mu Rwanda, Francois kanimba nk’umwe mu bagize iyi nteko ariko afite izindi nshingano bita mu Cyongereza(Ex-officio) akazaba ahagarariye inyungu z’u Rwanda. Uyu mudepite mushya yarahiriye nk’uko biteganywa n’ingingo ya 5 y’amahame agenga iyi nteko mu […]

Man U yahigitse Real Madrid ku mwanya wa mbere mu kwinjiza amafaranga menshi 2015/2016

Nyuma y’imyaka 11 yose ikipe ya Real Madrid iyoboye urutonde rw’amakipe afite amafaranga menshi muri Champions league, ikipe ya Manchester United yamaze guhigika iyi kipe kuri uyu mwanya. Ikipe ya Man U ije ku mwanya wa mbere n’amafaranga angana na Miliyoni 689 z’Amayero zingana na Miliyoni $736 Z’idolari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] AFP ivuga ko iyi kipe […]

Minisitiri w’Ingabo yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’u Bubirigi mu Rwanda

Kuwa 18 Mutarama 2017, Ambasaderi w’u Bubirigi mu Rwanda, Nyakubahwa Arnout Pauwels ari kumwe n’Umujyanama wa Ambasade mu bya gisirikare mu Rwanda, Lt Col Alain Lambert, bakiriwe na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Gen James Kabarebe ku cyicaro cya Minisiteri ku Kimihurura. Aba ba dipolomate baganiriye na Nyakubahwa Gen Kabarebe ku bibazo bijyanye n’ubutwererane hagati y’ibihugu […]

Imyiteguro y'amatora y'umukuru w'igihugu irarimbanyije — NEC

Byibuze 95% by’Abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora bamaze kwiyandikisha ku mafishi y’itora, abenshi bakaba barifashishije internet na telephone bakoresheje ubutumwa bugufi nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC). Kuva mu Ugushyingo umwaka ushize, iyi komisiyo yasabye abazatora kuvugurura amakuru yabo agendanye n’amatora ku biro by’irangamimerere ndetse isaba abo amakuru yabo nk’aya […]

Beyonce ari gutegura imyigaragambyo nyuma yo kurahira kwa Perezida Trump

Itsinda ry’abahanzikazi b’abagore biganjemo abafite inkomoko ku yindi migabane muri Amerika riyobowe na Beyonce ryatangaje ko nyuma y’umunsi umwe Perezida Trump arahiriye kuyoborra Amerika hazaba igikorwa gisa n’imyigaragambyo mu bice bitandukanye muri Amerika, iyi myigaragambyo ikaba izanakorwa ku yindi migabane iriho abakunzi b’aba bahanzikazi batandukanye. Beyonce yatangaje ko ibi bizakorwa hagamijwe kwamagana ibikorwa bibi byaranze […]

“Abana bacu dukwiye kubatoza umuco bazakurana” Jeannette Kagame

Umufasha wa perezida wa repubulika y’u Rwanda, madamu Jeannette Kagame yasabye ababyeyi n’abarezi bo mu Rwanda gutanga uburere buzatuma abana bakura bagaragaza ko barezwe neza. Ibi madamu Jeannette Kagame yabigarutseho kuri uyu wa 18 Mutarama 2017 ubwo yashiraga ibiye ry’ifatizo ahazubakwa ikigo mbonezamikurire cy’abana kiri mu karere ka Rutsiro, umurenge wa Kivumu, akagali ka Kirambi. […]

Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ku mpinduka ziherutse kuba muri UPDF no kuri Muhoozi Project

Maj. Gen. Muhoozi Kainerugaba ku nshuro ya mbere yagize icyo atangaza ku mpinduka zitunguranye ziherutse gukorwa mu gisirikare cya Uganda, avuga ko yishimiye umwanya yahawe wo kuba umujyanama wa se akaba na perezida, Yoweri Museveni, ndetse yongeraho ko ibyabaye bitamutunguye. Uyu muhungu wa perezida Museveni yagaragaje ko afitiye icyizere abayobozi bashya baherutse gushyirwa mu myanya […]

Abana 5 barohamye mu biyaga no mu bigega ku munsi umwe

Polisi y’u Rwanda iragira inama ababyeyi n’abandi bashinzwe kurera abana kubitaho no kubahozaho ijisho aho bari hose, cyane cyane igihe bari hafi y’imigezi, ibiyaga, ibidendezi by’amazi cyangwa muri za Pisine kugirango babarinde kurohama. Ibi bivuzwe nyuma y’aho kuwa kabiri tariki ya 17 Mutarama, habaye impanuka 5 zo kurohama, aho abana 5 barohamye mu biyaga no […]

Umukobwa yafunzwe na se umubyara imyaka 30 ngo ajye amufata nk'Imana

Umukobwa witwa Katy Morgan wo mu gihugu cy’u Bwongereza w’imyaka 33 y’amavuko yatangaje ko yari amaze imyaka igera kuri 30 asa n’ufungiranye mu nzu iwabo yarafunzwe na se umwibyarira kugira ngo ajye amwizera nk’Imana. Se w’uyu mukobwa Aravindan Balakrishnan yatangarije ibitangazamakuru byo muri kiriya gihugu ko yamufungiranye mu rwego rwo kumwoza mu mutwe akamwumvisha ko […]

Umuryango wa Depite Uwamariya ntumufasha kubahiriza amategeko

Inkuru yasohotse mu kinyamakuru Izuba rirashe igaragaza ko Depite Uwamariya Devota nyuma yo gupfusha umugabo wa mbere yirukanye umwana mu bana, bikamuviramo kubaho nabi. Uyu mudepite kandi yongeye gushaka, ubu akaba atakibana n’uriya mwana Nyirabizeyimana Claudine umaze kugira imyaka 22 (imyaka y’ubukure). Ibi byose byabaye hatabanje kuba izungura rya Bernard Hakuziyaremye. Amategeko ateganya ko inama […]