Abiga itangazamakuru n’amategeko vuba aha bagiye kongera kwimurwa muri Camp Kigali

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwatangaje ko abanyeshuri bigaga mu ishuri ry’itangazamakuru ndetse n’abiga ibijyanye n’amategeko bari barazanywe kwigira i Kigali mu cyahoze ari Camp Kigali bagiye kongera kwimurwa bitarenze mu kwezi kwa 2 uyu mwaka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibini ni bimwe mu byatangarijwe mu nama yari yaguje ubuyobozi bwa Koleji y’ubumenyi rusange (CASS) aho bavuze […]

Afurika iba yaratabaye Kadhafi iyo tugira inzego z’umutekano zikomeye — Museveni

Perezida Museveni yahamagariye abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Iburasirazuba (EALA) guharanira kongera ingamba mu bijyanye n’umutekano ashimangira ko Afurika ikennye umutekano. Yongeyeho ko iyo Afurika igira ubushobozi iba yaratabaye Kadhafi. Ubwo yagezaga ijambo kuri iyi nteko y’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba I Kampala kuri uyu wa Kabiri, Museveni yavuze ko Afurika yakabaye yarakijije uwari perezida […]

Burundi: Perezida Nkurunziza nahindura itegeko nshinga ngo azaba atangije kumeneka kw'amaraso

Mu biganiro byahuje abatavuga rumwe na leta y’u Burundi bahuye na Benjamin Mkapa, umuhuza ku bibazo by’Abarundi kuri uyu wa 17 Mutarama 2017, aba bumvikanye na Mkapa ko hakwiye gushyirwaho leta y’ubumwe Abatavuga rumwe na Nkurunziza banavuze ko naramuka ahinduye itegeko nshiga ry’igihugu azaba atangije kumeneka kw’amaraso y’Abarundi benshi Muri ibi biganiro, abatavuga rumwe na […]

Kugeza ubu ntitwakwemeza ko M23 iri ku butaka bwa Congo – Monusco

Kuri uyu wa Gatatu nk’uko bisanzwe buri kwezi ubutumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (Monusco) bwagiranye ikiganiro n’abanyamakuru buhatwa ibibazo bitandukanye birimo icyabazaga niba bwemeza ko koko hari abarwanyi ba M23 baherutse kwinjira ku butaka bwa Congo bavuye muri Uganda. Monusco ikaba ivuga ko kugeza ubu itakwemeza aya makuru. Muri iki kiganiro […]

Ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina nyuma yo kunywa inzoga

Abahanga mu by’imyororokere bavuga ko gukora imibonano mpuzabitsina umaze kunywa inzoga bitanga ibyishimo biruse cyane ibyo umuntu yagira mu gihe akoze imibonano atazinyoye . Impuguke mu bijyanye n’imibonano mpuzabitsina Dr. Kat Van Kirk mu gitabo yise “The Married Sex Solution: A Realistic Guide to Saving Your Sex Life,” avuga ko abagore benshi bakunda gukorana imibonano […]

FIFA yahaye Abouba Sibomana icyangombwa kimukura muri Kenya aza mu Rwanda

Abouba Sibomana wari uherutse gusinya amasezerano yo gukinira ikipe ya Rayon Sports igihe kingana n’amezi 6, kuri ubu yamaze kubona icyangombwa gitangwa na federation mpuzamahanga y’umupira w’amaguru cyemerera umukinnyi guhindura ikipe n’igihugu akajya mu kindi ITC ( International Transfert Certificate ) Iki cyangombwa cya burundu, cyivana Abouba federation y’umupira w’amaguru yo muri Kenya akaza mu […]

MINIJUST yihanangirije ba noteri n’abahesha b’inkiko bakira ibihembo by’abo bahaye serivisi

Minisiteri y’ubutabera yasabye ba noteri n’abahesha b’inkiko gukora akazi bashinzwe mu buryo bwa kinyamwuga bakirinda ruswa n’izindi mpamvu zose zituma uwatsinze urubanza adahabwa ubutabera bunoze. Ibi byagarutsweho na minisitiri w’ubutabera, Busingye Johnston, kuri uyu wa 18 Mutarama 2017, mu muhango wo kwakira indahiro za ba noteri n’abahesha b’ inkiko babigize umwuga basaga 56, barimo abanyamabanga […]

Pastor IsaĂ ÂŻe wongeye kubura inganzo, ahamya ko azaririmba kugeza agiye mu ijuru- REBA VIDEO

Pasiteri Baho IsaĂ ÂŻe wari umaze iminsi adasohora indirimbo nshya, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’iyitwa “Igwe”. Akanahamya ko azaririmba kugeza agiye mu ijuru. Aganira na Bwiza.com, kuri uyu wa 17 Mutarama 2017, pastor IsaĂ ÂŻe yagize ati: “Aka kazi ndagakunda cyane [ubuhanzi], ubundi ni ko kazi numva nzasaziramo, iyindi nshobora kuzageza igihe nkayireka ariko kuririmba byo, […]

Abaturage batunguwe no guhabwa amakarita yo gutoreraho bakongezwa udukingirizo

Mu gihugu cyu Haute Garrone gihana imbibi n’u Bufaransa, ishyaka ry’Abasosiyalisite ryatunguye abanyamuryango ba ryo ubwo ryabahaga amakarita y’itora bakongezwa udukingirizo. Abaturage batangaje ko bidasanzwe kubona bahabwa udukingirizo dufungiranye n’udukarita tw’itora ndetse duherekejwe n’amagambo yerekana amaseezerano y’ubufatanye (Belle alliance populaire” Ibitangazamakuru byo muri iki gihugu byatangaje koi bi byakozwe mu rwego rwo kurinda abaturage ndetse […]

“Umukobwa uboneza urubyaro akiri muto azaba umugore wa nde, azaba nyina wa nde?” Musenyeri Rucyahana

Ubwo hamurikwaga ubushakashatsi bwakozwe ku bana batwara inda batarengeje imyaka 18, abanyamadini bagarutse ku bana b’abakobwa baboneza urubyaro bakiri bato. Mu mpanuro Musenyeri Rucyahana yahaye bagenzi be, yibaza k’uzarongora uwo mukobwa, akibaza n’ubuzima bw’umwana uwo azabyara. Ni ubushakashatsi bwakozwe n’impuzamiryango iharanira uburenganzira bwa muntu CLADHO, yamurikiye abanyamadini kuri uyu wa kabiri tariki ya 17 Mutarama […]

“Hatari ikoranabuhanga, kurandura ubukene ntibishoboka” Perezida Kagame

Umukuru w’u Rwanda yabwiye abitabiriye inama ya WEF 2017 ko hakenewe ikoranabuhanga kugirango isi ikomeze guhangana n’ikibazo cy’ubukene bwugarije abayituye. Ibi perezida Kagame yabivugiye i DAVOS mu Busuwisi kuri uyu wa 17 Mutarama 2017 aho yavuze ko by’umwihariko u Rwanda rwiyemeje gukoresha ikoranabuhanga mu bikorwa by’ubuzima bwose bwa buri munsi bw’igihugu. Ati “Hatari interineti yihuta […]

Ntitwigeze twifuza M23 hano nta nubwo bakenewe muri Uganda — Minisitiri Oryem

Abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa M23 w’inyeshyamba z’Abakongomani baba mu nkambi bakusanyirijwemo nyuma yo kwamburwa ibirwanisho muri Uganda kuri ubu ngo nta kaze bafite muri iki gihugu kandi si ikibazo cya Uganda nk’uko minisitiri w’umutekano yabitangarije Reuters kuri uyu wa Kabiri. Minisitiri w’umutekano wa Uganda, Okello Oryem yatangaje ko atigeze amenya ko aba barwanyi babuze […]

Kenya: Umugore wa Bishop yafashwe asambana n’umunyepolitiki mu gihuru

Umuyobozi w’itorero rya African Divine Church ryo muri Kenya, Bishop Abel Lijoti yatangaje ko agiye kujyana umunyepolitiki wafashwe asambana n’umugore we mu gihuru ku munsi w’ejo tariki ya 17 Mutarama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munyapolitiki utatangajwe amazina ngo yari yagaragaye ari kumwe n’umugore wa Bishop Abel ubwo bari mu kiriyo cy’umuturanyi wabo mu ijoro ryo […]

Al Shabab yerekanye uko yishe umusirikare wa Uganda yafashe mu mwaka ushize

Abarwanyi bo mu mutwe w Al Shabab bashyize ahagaragara video igaragaza uko bishe umusirikare wa Uganda wafatiwe ku rugamba nk’imfungwa y’intambara muri Kanama umwaka ushize. Uyu musirikare hamenyekanye izina rye rimwe nka Masasa, yafashwe ubwo Al Shabab yagabaga igitero ku birindiro by’ingabo za Uganda muri Somalia. Nk’uko byatangajwe n’Ijwi rya Amerika, abarwanyi ba Al Shabab […]

Gasabo: Afunzwe acyekwaho kugerageza guhotora umwana uragiye ihene, maze akaziba

Habarurema Vincent afunzwe acyekwaho kugerageza guhotora umwana uri mu kigero cy’imyaka 11 y’amavuko, hanyuma akiba ihene 15 yari aragiye mu murenge wa Ndera, ho mu karere ka Gasabo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitayezu yavuze ko iperereza ry’ibanze rigaragaza ko mu gitondo cyo ku itariki 15 […]

Malawi: Urubanza ku koherereza Murekezi ubutabera bw’u Rwanda rukomeje kuba ingorabahizi

Urukiko rwo muri Malawi rwanzuye ko ikijyanye no koherereza u Rwanda ukekwaho uruhare muri jenoside umaze igihe yihishe muri iki gihugu, Vincent Murekezi, kizasaba guhabwa umugisha mu buryo bwa politiki. Ibi bikaba bije nyuma y’aho ukekwa agejejwe imbere y’umucamanza mu murwa mukuru Lilongwe kuri uyu wa Kabiri, aho ubushinjacyaha bwatanze ibimenyetso bishinja Murekezi ku ruhare […]

Habyarimana ku rutonde rw’Abaperezida ba Afurika Ubufaransa bushinjwa kwisasira

Kuva igihe hariho inkumbiri yo gutanga ubwigenge ku bihugu bya Afurika, igihugu cy’u Bufaransa cyagiye gitungwa agatoki kuba inyuma y’ubwicanyi bwakorewe bamwe mu baperezida b’ibihugu bya Afurika buhereye ku abo mu byo bwakoroneje, inshuti zabwo n’abandi. Kuva mu mwaka w’1962, hari urutonde rugaragaraho abaperezida ba Afurika bashinjwa Ubufaransa, harimo na Perezida w’u Rwanda Juvenal Habyarimana […]

UN irashinja Libya na Sudani y’Epfo gutoza abagizi ba nabi bo muri Sudani

Nyuma y’iminsi micye Amerika itangaje ko igiye gukuriraho ibihano bimwe na bimwe Sudani kubera agahenge kahamaze iminsi, Umuryango w’abibumbye wasohoye raporo igaragaza ko abagizi ba nabi bo muri iki gihugu bakomeje imyitozo mu bihugu bya Libya ndetse na Sudani y’Epfo bityo bakaba bashobora kugaruka guteza umutekano mucye mu gihugu. Amakimbirane yo muri iki gihugu yatangiye […]

Uganda: Habonetse umurambo w'umukobwa wo muri Kaminuza ya Makerere wari warabuze

Umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka 23 wigaga muri Kaminuza ya Makerere, Enid Twijuke, wari umaze iminsi aburiwe irengero yasanzwe aho yapfiriye umurambo we watangiye kwangirika. Uyu munyeshuri wigaga mu mwaka wa kabiri mu bijyanye na Business mpuzamahanga, yabonywe n’igipolisi kiri gucunga umutekano kuri uyu wa Mbere ahitwa Namanve. Iyi nkuru iravuga ko umuryango wa nyakwigendera wamubuze kuwa […]

Ese ikibuno kinini cyangwa amaribori nibyo byakwereka umugore unyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Abagabo benshi barangazwa n’abagore babandi bafite ikibuno kinini, rimwe na rimwe ugasanga banibwira ko aribo banaryoshya imibonano mpuzabitsina. Ariko rimwe na rimwe ugasanga izi ntekerezo ziba zidafite aho zishingiye n’ukuri, kuko igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ahanini kiba gishingiye ku mitekerereze, akanya umuntu yahaye iki gikorwa kurusha uko wakoresha imbaraga nyinshi. Kuko kuvuga ngo ikibuno kinini, ibi […]

Perezida Kagame yitabiriye inama ya WEF 2017 mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye inama yiga ku bukungu bw’isi (World Economic Forum: WEF) ibera mu gihugu cy’Ubusuwisi guhera kuri uyu wa 17 Mutarama 2017 ikazasoza ku wa 20 Mutarama 2017. Inama ya WEF iba buri mwaka, igahuza abayobozi bakomeye ku Isi, aho baba baganira ku bikorwa byo kuzamura ubukungu n’imibereho y’abatuye […]

Umutoza Van Gaal yasezeye ku kazi k’ubutoza

Van Gaal Louis wahoze ari umuyobozi (Manager) wa Man. U, Barcelona ndetse na Nethelands yatangaje ko yavuye burundu ku mirimo ye y’ubutoza nayo yari amazeho igihe nyuma yo kuva kuri uyu mwanya wa manager. Mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru byo mu gihugu cy’ u Budage nyuma yo guhabwa ishimwe ry’umutoza waciye agahigo mu guteza imbere umupira […]

Kenya: Umudepite yituye hasi arazimira ari mu nteko

Umudepite wo mu gihugu cya Kenya uhagarariye Isiolo y’Amajyaruguru mu nteko, Joseph Samal kuri uyu wa kabiri ari mu nteko yagize atya yitura hasi arazimira ubwo yari mu karuhuko ahita ajyanwa mu bitaro bya St John. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri yari yasubitse ibiganirompaka bigamije kureba […]

Gambia: Abandi baminisitiri bitandukanyije na guverinoma ya Yahya Jammeh

Mu gihe habura iminsi 3 gusa ngo manda ya perezida Yahya Jammeh wa Gambia irangire, abandi baminisitiri batatu bo muri guverinoma ye nabo beguye nyuma y’abandi baherutse kwegura. Abaminisitiri beguye harimo uw’ububanyi n’amahanga, Neneh Macdouall-Gaye, uw’imari, Abdou Kolley ndetse n’uw’ubucuruzi, Abdou Jobe. Al Jazeera ikaba ivuga ko na minisitiri w’ibidukikije yeguye. Iri yegura rije rikurikira […]

Umuntu wa nyuma muri 12 bageze ku kwezi yapfuye, yavuze uko ubuzima bwaho bumera

Mbere y’uko apfa, Gene Cernan wanyuma muri 12 bageze k’ukwezi yasobanuye uko hameze avuga n’cyifuzo cye, uyu mugabo wari usigaye mu bari bagize itsinda ryageze ku mubumbe w’ukwezi yapfuye ku wa 16 Mutarama 2017, yakandagiye k’ukwezi ku wa 14 Ukuboza 1974. yaguye mu bitaro bya Hauston muri leta ya Texas mu gihugu cy’Amerika akomokamo. Amakuru […]

U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu bijyanye no guhiganwa

U Rwanda rwaje ku rutonde rw’ibihugu 10 bya mbere munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu guhiganwa mu bijyanye n’ubukungu rwa Global Talent Competitive Index (GTCI) 2017. Ibyavuye mu bushakashatsi byashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere I Davos, mu Busuwisi, bigaragaza ko harebwe uko ibihugu bizamuka, uko bikurura abashoramari n’uko bigumana abanyabwenge babyo biha abafata ibyemezo ubushobozi […]

Zimbabwe: Perezida Mugabe yahanuriwe itariki azapfiraho muri uyu mwaka

Nyuma y’iminsi micye umupasiteri, Patrick Mugadza wo mu gihugu cya Zimbabwe ahanuriye Perezida Mugabe igihe azapfira aho kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mutarama yatawe muri yombi na Polisi yo muri kiriya gihugu ubu akaba afunze kubera ubwo buhanuzi bwe. Umuvugizi w’igipolisi cya Zimababwe Gift Mtisi avuga ko uyu muhanuzi afungiye mu murwa mukuru […]

Umuhanzi Jose Chameleone ashobora kujyanwa mu buroko

Umuhanzi wo muri Uganda uzwi ku mazina ya Jose Chameleone yasabiwe gufungwa mu gihe nta busobanuro bufatika atanze ku mwana w’umusirikare wiciwe mu rugo rwe mu mwaka wa 2012. Maj. Benedict Kyamanywa avuga ko yari mu butumwa bw’amahoro musi Somalia guhera mu 2012 ubwo umuhungu we Karamaji waguye mu rugo rwa Chameleone wishwe atwitswe. [xyz-ihs […]

Impamvu perezida Kagame aherutse kwitabira inama yahuje u Bufaransa na Afurika

Kwitabira inama yahuzaga u Bufaransa na Afurika iherutse kubera I Bamako mu gihugu cya Mali ku matariki ya 13 na 14 Mutarama kwa perezida w’u Rwanda gusa nk’ukwatunguye abantu batari bacye mu gihe muri iyi minsi u Rwanda n’u Bufaransa bitarebana neza, ariko buriya ngo hari impamvu 2 z’ingenzi zatumye perezida Kagame yitabira iyi nama […]

Umucamanza wakatiye Ngirabatware Augustin yajyanwe mu rukiko

Kuri uyu wa 17 Mutarama 2016 nibwo Aydin Sefa Akay wahoze ari umucamanza w’umuryango w’Abibumbye wanaciye urubanza rw’umunyarwanda Ngirabatware Augustin akamukatira imyaka 35 nyuma yo kumuhamya ibyaha muri jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yagejejwe imbere y’urukiko rw’i Lahaye kugirango yiregure ku byaha nawe ashinjwa Akay kimwe n’abandi bantu barenga ibihumbi 41 bose batawe muri yombi bakurikiranyweho […]

Ruhango: Abana 2 bari mu bitaro kubera inkoni bakubiswe na se ubabyara

Abana 2 b’abahungu bari mu kigero cy’imya hagati 1-4, ubu barwariye mubi taro bya Gitwe, aba bana bakaba bakubiswe na se ubabyara aho abaturanyi babo bavuga ko uyu mugabo yabitewe n’ibiyobyabwenge. Uyu mugabo witwa Uwimana Prosper utuye mu mudugudu wa Kabadende, akagari ka Bweramvura umurenge wa Kinihira ho mu karere ka Ruhango, ubu acumbikiwe na […]

Pasiteri yafashwe asambana n’umugore w’abandi azengurutswa imihanda yambaye ubusa

Mu gace ka Obi, gaherereye mu Burasirazuba bwa Nigeria, umupasiteri yafashwe asambana n’umwe mu bayoboke be, umugore wari usanzwe afite umugabo, abaturage bamutegeka kwikuramo imyenda yose akazenguruka mu mihanda n’amafoto ye amanikwa hose. Ikinyamakuru Africa365 dukesha iyi nkuru, gitangaza ko ibi byose biba biterwa n’amadini akomeje kuvuka cyane muri Afurika ndetse no ku isi hose, […]

Umwana w’imyaka 16 akurikiranyweho gusambanya umukecuru w’imyaka 62 ku ngufu

Umwana w’imyaka 16 y’amavuko ari mu gihome akurikiranyweho gufata ku ngufu umukecuru w’imyaka 64 mu gihugu cy’u Bwongereza amusanze mu nzu ye. Urukiko rwa Nottingham rwanzuye ko uyu mwana agomba gufungwa imyaka 9 nyuma yo kugaragaza imyitwarire idahwitse bavuga ko ashobora kuba yabitewe no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu mwana utatangajwe amazina kubera akiri munsi y’imyaka 18, […]

Uburasirazuba: Bamwe mu barokotse jenoside batagiraga aho kuba bibutswe

Abarokotse jenoside bo mu ntara y’Uburasirazuba, akarere ka Ngoma mu Murenge wa Ngoma bagenewe inkunga y’amafaranga y’u Rwanda angana na miliyoni 45 yo kubakira abadafite inzu ndetse no gusana inzu zari zaratangiye gusenyuka kubera gusasa. Ni inkunga yatanzwe n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyayishyikirije umuyobozi wa Ibuka, Dr Dusingizemungu Jean Pierre. Komiseri mukuru wa RRA, […]

UPDF yohereje ingabo nyinshi ku mupaka wa Congo mu gihe bivugwa ko M23 yubuye intwaro

Ingabo za Uganda zitwaje ibikoresho bihambaye zoherejwe ku mupaka w’iki gihugu na Congo mu mujyi wa Bunagana mu Karere ka Kisoro nyuma y’aho aha hantu havumbuwe ibikoresho bya gisirikare mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ndetse hakanavugwa ko M23 yubuye imirwano. Imbunda 6 za machine gun nto, iyo bita PK machine gun, magazine 5 n’amasasu byafashwe […]

Ubwumvikane bucye hagati ya EU n’u Burundi bitumye bukura ingabo zabwo muri Somalia

Kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mutarama 2017, leta y’u Burundi yatangiye gahunda yo gukura abasirikare bayo bari mu basirikare b’umuryango w’ubumwe bw’Afrika AMISOM, aba basirikare bakaba bari mu butumwa bw’amahoro muri Somalia. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa AFP bitangaza ko u Burundi bufashe uyu mwanzuro kuko abasirikare ba bwo bamaze igihe batabona […]

Kicukiro: Umunyeshuri yafatanwe kashe 39 z’impimbano

Umunyeshuri witwa Tuyishime Bernard wiga mu kigo cy’ishuri ry’ubumenyingiro IPRC-Kicukiro yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kicukiro afite kasha z’impimbano zigera kuri 39 zitandukanye. Polisi itangaza ko izi kasha ziganjemo iz’ibigo bya Leta birimo amabanki, amashuri, ibigo by’ubutabera n’ibindi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu munyeshuri ubusanzwe wiga ibijyanye n’amazi muri iki kigo […]

Gambia: Umwana wa Perezida Barrow yariwe n'imbwa arapfa

Umwana wa Perezida mushya wa Gambia Adama Barrow yapfuye kuiki cyumweru tariki ya 15 mutarama 2017, azize kurumwa n’imbwa, akaba yapfuye ataragezwa no kwa muganga. Amakuru atangazwa na BBC avuga ko uyu muperezida mushya atabashije kwitabira umuhango wo gushyingura uyu mwana we w’umuhungu Habibu Barrow w’imyaka 8 y’amavuko kuko ari mu buhungiro mu gihugu cya […]

Ibintu wamenya ku makipe ya Ghana n’iya Uganda bigiye guhura muri CAN 2017

Mu gihe irushanwa rya CAN 2017 rikomeje, ku munsi w’ejo tariki ya 17 Mutarama hazakomeza irushwanwa mu mukino uzahuza amakipe arimo iya Uganda na Ghana, ndetse Cote d’Ivoire igahura na Togo, iyi mikino ikaba iteganyijwe ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba. Bimwe mu bintu ugomba kumenya kuri aya makipe yombi kuri buri ruhande [xyz-ihs […]

Amatariki y’ingenzi yaranze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (IGICE CYA 1)

Mu gihe U Rwanda rwitegura kwibuka jenoside yakorewe abatutsi ku nshuro ya 23 ubuyobozi bwa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) bwatangaje amwe mu matariki y’ingenzi agaragaza uburyo jenoside yateguwemo kugeza ishyizwe mu bikorwa muri Mata 1994. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga wa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damascene […]

Abahanzi barimo Lady Gaga bagiye gutera inkunga abakobwa mu burezi basaga Miliyoni 130

Itsinda ry’abahanzikazi bo ku mugabane w’Amerika rirangajwe imbere na Lady Gaga ryatangaje ko rigiye gushora amafaranga atubutse mu guteza imbere uburezi bw’abana abakobwa hirya no hino ku isi. Nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, ngo aba bahanzi barimo Lady Gaga, Charlize Theron Danai Gurira, Natalie Portman ndetse n’abandi batandukanye bo kuri uriya […]

Perezida Trump yongeye kwibasirwa n'umugore amushinja gushaka kumusambanya

Umugore w’imyaka 30 uzwiho kuba ari umunyamideli mu gihugu cya Hungary, arashinja Perezida Trump kumutumira mu cyumba cye cya hoteli mu Burusiya mu kwezi kwa 5 umwaka 2016, nyuma y’ibirori bari bahuriyemo . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi, uyu mugore uzwi nka Kata Sarka yabitangarije itangazamakuru mu ryo Bwongereza muri iyi week end ishize avuga ko byabayeho […]

Abakene muri Afurika bariyongereye mu gihe mu Rwanda bagabanutse cyane

Nk’ uko bigaragara mu cyegeranyo gishya cya Banki y’isi ku bijyanye n’ubukene ku mugabane w’Afurika, cyerekanye ko u Rwanda rwagabanyije umubare w’abakene cyane ndetse mu gihe gito ku buryo butigeze buboneka ahandi hose ku isi mu myaka yashize, Muri Afurika ho, uyu mubare ukaba ukomeje kwiyongera. U Rwanda rwaje imbere mu kugabanya umubare w’abakene barutuye […]

Abantu 8 bakurikiranyweho kugerageza guha ruswa Polisi

Mu mpera z’icyumweru gishize, polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe umutekano eo mu muhanda yataye muri yombi abantu 8 biganjemo abatwara ibinyabiziga ubwobageragezaga guha ruswa Polisi. Ibi byemejwe n’umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubugenzuzi bw’umurimo n’imyitwarire ngengamikorere , Assistant Commissioner of Police (ACP) Jean Nepo Mbonyumuvunyi aho yavuze ko aba bantu bafatiwe mu bice […]

Abantu 4 bagiriye akamaro isi mu mwaka wa 2016

Umugore warokoye umwana w’imyaka 2 wari wirukanywe iwabo azira ko ababyeyi be ari abarozi ayoboye urutonde rw’abantu bane bagiriye isi akamaro gakomeye mu mwaka wa 2016. Anja Ringgren LovĂ©n wakoze igikorwa cy’ubumuntu mu kwezi kwa kabiri mu mwaka wa 2016 ubwo yafashaga akana ko muri Nigeria yatowe ku mwanya wa mbere aca ku banyapolitiki bo […]

(Amafoto): Impanuka y’indege yahitanye abasaga 32 muri Turukiya

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Mutarama 2017, indege yo mu bwoko bwa Boeing 747 TC-MCL yo mu gihugu cya Turukiya yakoze impanuka abasaga 32 bahira bahasiga ubuzima. Nk’uko bitangazwa na BBC dukesha iyi nkuru, iyi ndege yaturukaga muri Hong Kong yerekeza Istanbul muri Turukiya iza kugwa mu mujyi wa Kyrgyzstan mu bilometero 15 […]

Perezida Museveni yakoze amateka adasanzwe mu gisirikare cy’ibihugu bya EAC

Bwa mbere mu gisirikare cya Uganda no muri EAC, umugore yahawe ipeti rya Major General, Perezida Museveni yakoze amateka azamura Proscovia Nalweyiso wari ufite ipeti rya Brigadier amugira Major General. Proscovia Nalweyiso niwe mugore wa mbere ugeze kuri uru rwego kuva igihugu cya Uganda cyabaho by’umwihariko ni agashya ku gisirikare cya UPDF cya Museveni, izamurwa […]

Kenya: Abakecuru bari kwiga Karate ngo bahangane n’ababahohotera (Reba Video)

I Nairobi muri Kenya haravugwa inkuru y’abagore bakuze ndetse n’abakecuru bakoze ishyirahamwe ryo kwiga iteramakofe n’imigeri mu rwego rwo guhangana n’ihohotera rishingiye ku gitsina ribakorerwa . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwe muri aba bagore witwa Korogosho avuga ko ibi babitewe no kuba basa n’abatitaweho kuko abagabo babo ndetse n’abandi bo ku ruhande babakorera ibyo bishakiye banatabaza inzego […]

Burundi: Abatavuga rumwe na leta bagiye kubaza Mkapa impamvu yabatutse

Nyuma y’uko abatavuga rumwe na leta y’u Burundi bagaragaje ukutanyurwa n’ibiganiro bibahuza n’ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD, mu biganiro byari biyobowe n’uwahoze ari Perezida wa Tanzania Benjamin Mkapa, kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mutarama 2017 abayobozi b’amashyaka atavuga rumwe na leta nibo bonyine batumiwe mu biganiro i Arusha muri Tanzania. Mu kiganiro aba […]

Abanyeshuri barangije ayisumbuye bajyanwe mu itorero

Kuri uyu wa 15 Mutarama 2017, abanyeshuri bagera kuri 68,560 basoje amashuri yisumbuye mu Rwanda hose batangiye ingando z’itorero ry’igihugu. Boniface Rucagu, ukuriye itorero ry’igihugu yabwiye newtimes dukesha iyi nkuru ko iri torero n’ubundi rigarutse rifite intego zisanzwe zirigenga zo kwigisha abakiri bato indangagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda. Yagize ati “Intego y’ingenzi ni ukubarema muri […]

Amafoto adasanzwe yaranze iminsi 15 y'ukwezi kwa Mutarama 2017 hirya no hino muri Afurika

Hashize iminsi 15 gusa dutangiye umwaka mushya wa 2017. Mu bikorwa bitandukanye birimo iby’amatora, iby’akababaro, ibyishim, ibirori n’ibindiitandukanye hirya no hino ku mugabane w’Afurika, hegeranyijwe amwe mu mafoto yagiye aranga ikintu cyabaye mu bihugu bimwe na bimwe kitavuzweho rumwe, cyavugishije benshi cyangwa kitazibagirana mu mateka ku bagizweho ingaruka na cyo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya ni amwe […]

Shampiyona: Etincelles FC yahagamye Rayon Sport iri kwitegura APR FC

Ikipe ya Rayon sport iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona ndetse iri no kwitegura umukino w’ishiraniro uzayihuza na mukeba w’ibihe byose mu mukino utaha yananiwe kwikiza ikipe ya Etincelles kuri ubu iri ku mwanya wa munani, umukino warangiye zinganya ubusa ku busa. Mu mukino wagaragaragamo guhangana no kwatakana ku mpande zombi waraje gusozwa nta kipe ibashije […]

Burundi : Abandi bantu batatu bishwe barashwe

Mu Burundi, abantu 3 barimo abagabo babiri n’umwana w’umuhungu w’imyaka 10 bishwe barashwe n’abantu batamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14, ubu bwicanyi bukaba bwabereye mu gace ka kavumu muri komine Kanyosha. Nk’uko bitsngazwa n’ijwi ry’Amerika, ubu bwicanyi bwakozwe n’abantu bikekwa ko batunze intwaro mu buryo butemewe n’amategeko muri kariya gace, […]

Gambia : Abakuru b’ibihugu banzuye ko Nyuma yo kuwa 4 Perezida Yahya Jammeh atazaba yemewe

Inkuru ziva mu gihugu cya Senegal ziravuga ko mu gihe igihugu cya Gambia kiri mu bibazo,Perezida watowe n’abaturage Adama Barrow agiye kuguma ari impunzi mu gihugu cya Senegal kugeza umusi azashyikirizwa ubutegetsi,nkaho Yahya Jammeh we narenza kuwa 4 Tariki ya 19 ataba yemewe nk’umukuru w’igihugu. Itangazamakuru ryo muri Senegal rivuga ko prezida w’icy’ igihugu Macky […]

Umushinwa agenda ku ngurube nk'ugenda ku ifarashi (REBA VIDEO)

Reba Video y’umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubuhinde wafashwe amashusho agenda ku itungo ry’Ingurube ibintu bimenyerewe kokorwa ku Ifarashi cyangwa Indogobe gusa. Mu buryo bwatunguye benshi byagaragaye ko iyi Ngurube ishobora kuba yaratojwe kugenderwa ho kuko byagaragaye ko mu nzira igenda izi aho yerekeza REBA VIDEO [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe […]

Abashakishwaga kubera ubutekamutwe bafashwe bateganya guteka undi umutwe

Polisi mu Mujyi wa Kigali yataye muri yombi abagabo bane ivuga ko bari mu gatsiko k’abatekamutwe bambura abaturage. Abakekwa bafatiwe mu Karere ka Nyarugenge ahakorerwa ubucuruzi butandukanye kuri uyu wa Kane ushize nyuma y’ibirego abo bahemukiye babatanze n’amakuru y’aho babarizwa. Iperereza ry’ibanze rya polisi ryagaragaje ko abo bagabo bane batekeye umutwe abantu batandukanye bakabambura amafaranga […]

Uganda: Abapolisi bakuru 2 bakurikiranyweho kwiba imirasire y’izuba

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi Abapolisi 2 b’Abofosiye bakurikiranyweho kugira uruhare mu iyibwa ry’imirasire y’izuba ifite agaciro ka Miliyoni 10 z’Amashilingi ya Uganda. Nk’uko bitangazwa na Daily monitor yo muri Uganda, ngo iyi mirasire y’izuba yari ahabugenewe ikaba yari ifite ubushobozi bwo gutanga ingufu zingana na megawati 10 z’umuriro wakoreshwaga n’abaturage. [xyz-ihs […]

“Ndabishimira Imana ko 2016 abadusakuriza babaye bake” Perezida Kagame

“Nta mwaka wigeze ushira tudafite abadusakuriza ariko 2016 babaye bake, ibyo nabyo ndabishimira Imana, buri wese afite amahirwe yo kuba umuyobozi ariko ntabwo abantu babiba bose icyarimwe, ubuyobozi bwose ntabwo buba bworoshye. Abagufasha bagucunaguza, bagukubita iminyafu, bakagucyurira …” byagarutsweho n’umukuru w’u Rwanda, Paul Kagame mu isengesho ryo gusengera u Rwanda. Umukuru w’igihugu yibukije abakirisitu biganjemo […]

Zimwe muri Positeri zitangaje zafatiwe mu mukino wa Polo zikomeje guca ibintu-AMAFOTO

Aya Amafoto yafotowe na mailonline agaragaza abantu batandukanye bari mu mikino ya polo(Agapira gakinwa n’abicaye ku mafarashi) bifotojo amafoto atangaje mu kwishimira aayabo bakuye muri iyi mikino ya Polo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi mikino ya Polo nimwe mu mikino ikinwa benshi bakayikuramo akayabo k’amafaranga baba bategeye. ibyishimo no kubona amafaranga menshi ava muri iyi mikino bituma […]

Turasaba abanyapolitiki bahunze ntacyo bishinja gutaha tugatangira gutegura amatora ya 2020 — Sindimwo

Visi perezida wa mbere w’u Burundi, Gaston Sindimwo yatangiye guhamagarira Abarundi bahunze igihugu badafite ibyaha bakurikiranweho gutaha bagatangira kwitegura amatora yo mu 2020, anakurira inzira ku murima abagishidikanya kuri manda ya gatatu ya perezida Nkurunziza. Ku kijyanye n’ibiganiro hagati y’abarwanya ubutegetsi ndetse na guverinoma y’u Burundi, Visi perezida Sindimwo yavuze ko ibiganiro bya Arusha bizatangira […]