Amashusho y'ubwenge y’indirimbo Ferarri ya Tom Close yashyizwe ahagaragara

  Aya mashusho y’indirimbo yari imaze iminsi isohowe n’umuhanzi Tom Close ashyizwe ahagaragara mu rwego rwo gusangiza umwaka mushya wa 2017 abakunzi be ndetse no gukuraho imvugo ivuga ko ngoyaba akunda indirimbo zitagira amashuaho (Audio) Umuhanzi Tom Close yavuze ko gushyira ahagaragra aaya mashusho ri bumwe mu buryo bwo gusangiza abakunzi be umwaka mushya ikaba […]

U Buyapani: Amafoto y'inyamaswa zivogera umujyi wa Nara yateje urujijo

Umufotozi Yoko Ishii wo mu gihugu cy’u Buyapani aherutse gushyira ahagaragara amafoto y’inyamaswa zo mu bwoko bw’Isha zivogera umujyi wa Nara, aho muri uwo mujyi nta muntu n’umwe wawurangwagamo uretse izo nyamaswa gusa zo mu bwoko bw’Isha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri aya mafoto yateje urujijo ku bantu batandukanye bayabonye bibaza aho abantu bari bagiye ubwo izi […]

Abanyarwanda 11 bafatanywe Coltan mu Burundi bakatiwe igifungo

Urukiko rwo mu Ntara ya kayanza mu gihugu cy’u Burundi kuri uyu wa Gatanu rwakatiye igifungo cy’imyaka 15 Abanyarwanda babiri bafatanywe coltan, naho Abandi bafatanywe bakatirwa gufungwa imyaka 7 n’amezi 6. Mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu, nibwo abantu 11 bafashwe n’abashinzwe umutekano mu majyaruguru y’u Burundi. Abafashwe barimo Abanyarwanda 10 n’Umurundi umwe. […]

Imihango yo gutabariza umwami Kigeli V Ndahindurwa (AMAFOTO)

Umusezero wa Kigeli V Ndahirwa uherereye iruhande rwa mukuru we Mutara III Rudahigwa. Umwami Kigeli V Ndahindurwa wategetse u Rwanda bwa nyuma ruhita rusezera ku ngoma ya cyami ruyoboka Repubulika yatanze ku wa 16 Ukwakira 2016. Kuri uyu wa 15 Mutarama 2017 nibwo uyu mugabo wari ufite imyaka 80 y’amavuko, kuko yavutse ku wa 29 […]

Bamako: Perezida Kagame na Hollande w’Ubufaransa bahanzwe amaso, Hollande abigira rusange

Mu buryo bwatunguye benshi umukuru w’Ubufaransa n’u Rwanda bahuriye mu nama ya Africa-France ku nshuro ya 27, ni inama yibanze ku cyo Ubufaransa bwitegura gukora mu kuvura ibikomere by’ibyaha bwakoreye mu bihugu byo kuri uyu mugabane mbere y’uko Francois Hollande ava ku butegetsi Hollande usigaje amezi ane gusa kugirango ave ku butegetsi mu bufaransa yari […]

Burundi: Igipolisi kiremera ko abapolisi bacyo bashimuta abantu mu nyungu zabo

Umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi Nkurikiye Pierre yatangaje ko ikibazo cy’abantu bashimutwa hirya no hino mu gihugu gikomeje gufata indi ntera guhera mu mwaka wa 2015, ibi ngo bikaba bigaragara umunsi ku wundi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro uyu muvugizi wa Polisi aherutse kugirana n’itangazamakuru I Bujumbura, yavuze ko iki kibazo cyo gushimuta kiri kugaragara cyane mu […]

Sudani y’Epfo: Norvege yahakanye umugambi wo gushaka kwivugana umugaba w’ingabo

Guverinoma ya Norvege irahakana uruhare mu mugambi wo gushaka kwivugana umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo. “Ibi ni ibirego bitari byo no kwifuza kugaragaza nabi politiki ya Norvege, yakunze igihe kirekire kwibanda ku gutanga umusanzu ku mahoro n’iterambere muri Sudani y’Epfo no ku baturage bayo”, aya akaba ari amwe mu magambo usanga mu itangazo ryashyizwe […]

Polisi irasaba abantu bibwe kujya kureba ibikoresho byabo mubyo yafashe

Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage cyane cyane abo mu Mujyi wa Kigali bibwe ibikoresho byabo bitandukanye, kujya ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera mu karere ka Gasabo kureba ko ibikoresho byabo byaba biri mu byo Polisi imaze iminsi ifashe. Kubisura bizatangira ku wambere birangire kuwa kana taliki ya […]

Pasteur Dukuzumuremyi Regis tuzahora tukwibuka

Umushumba wari uyoboye akanahagararira itorero rizwi ku izina rya Patmos Healing’s Ministries mu ntara y’Amajyepho yavuye mu mubiri tariki ya 3 Mutarama 2017. Pasteur Dukuzumuremyi Regis yavutse tariki ya 1 Mutarama 1983, akaba yaratabarutse tariki ya 3 Mutarama 2017, yavukiye mu kagari ka Gitarama, umurenge wa Nyamabuye, akarere ka Muhanga, intara y’amajyepfo. Umushumba Dukuzumuremyi Regis […]

NIYONSHUTI J.d'Amour, umusore ushaka umukunzi

Nitwa NIYONSHUTI J.d’Amour ndifuza umukunzi uri hagati ya 25-30 ukunda gusenga kd upima 60kg wize nibura secondary abaye afite n’akazi byaba akarusho. Turabakunda.yanyandkira kuri Email:jniyonsuti39@gmail.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!! Kanda […]

Gen Sam Kaka uri ku rutonde rw’abicajwe ku gatebe, ni umwe mu basirikare b’urugamba

Barangajwe imbere na Gen Sam Kaka benshi bazi nk’umusirikare w’urugamba mu gisirikare cy’u Rwanda kubera ibigwi bye mu rugamba rw’Inkotanyi rwo kubohora igihugu, we na bagenzi 5 bari ku ipeti rya jenerali hamwe n’abandi bari bafite amapeti ari munsi yabo barasezerewe mu mwaka wa 2016. Aba basirikare bagiye basezererwa mu bihe bitandukanye ariko muri 2016, […]

Polisi y’u Rwanda yafatiye mu mikwabu ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye

Imikwabu Polisi y’u Rwanda yakoze mu bice bitandukanye by’igihugu; harimo iyo yakoze mu turere twa Ngoma, Nyagatare, Musanze , Rulindo na Kamonyi yayifatiyemo ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye. Muri Ngoma hafatiwe ibiro 826 by’urumogi, litiro 2235 za Kanyanga, n’insheke 121 zikoreshwa mu kuyiteka. Ku itariki 12 Mutarama, mu karere ka Ngoma habaye igikorwa cyo kwangiza ibyahafatiwe; kikaba […]

Mali: Perezida Hollande yasuye ingabo ze mu gihe zemeye ko ziherutse kwivugana umwana

Perezida w’u Bufaransa, Francois Hollande kuri uyu wa gatanu yasuye ingabo z’u Bufaransa n’iza mali ziri mu bikorwa byo kurwanya intagondwa za kisilamu, aho yabasanze mu birindiro byabo muri gao ho mu majyaruguru ya Mali. Perezida Hollande yageze muri Mali aherekejwe na minisitiri w’ingabo, Jean-Yves Le Drian, bakirwa na Minisitiri w’Intebe, Modibo Keita, aho yageze […]

Bushayija Emmanuel:Undi Mwongereza ugizwe umwami nyuma y’imyaka 64

Nyuma y’amezi 3 Umwami wa nyuma w’u Rwanda, Kigeli V Ndahindurwa nk’uko byemezwa n’ubuyobozi bw’u Rwanda, atanze, hakimikwa undi wabaga mu Bwongereza mu buryo butavugwaho rumwe, ku rundi ruhande Abongereza bo bakomeje kugaragaza amarangamutima yabo bavuga ko mwene wabo Bushayija, bagendeye ku kuba afite ubwenegihugu bw’u Bwongereza, yagizwe umwami w’u Rwanda. Ikinyamakuru the Telegraphy cyanditse […]

Yabashije gutakaza ibiro 60 ipfunwe rishira gutyo

Christina Jordan w’imyaka 34 y’amavuko , umugore wari ufite umubyibuho ukabije ungana n’ibiro 120 yakunze kugira ipfunwe ry’umubyibuho we kuko akenshi hari serivisi atabonaga kubera uwo mu byibuho. Amakuru dukesha urubuga 7sur7.be, avuga ko Christina Jordan mu kiganiro n’ikinyamakuru People cyo mu Bwongereza , yagitangarije ko yakunze kurangwa n’ipfunywe kubera umubyibuho we ukabije. Mu myaka […]

Bugesera: Indwara ya Silicose iracura inkumbi mu birombe by’amabuye y’agaciro

Abatuye umurenge wa Rweru mu karere ka Bugesera, bahangayikishijwe n’indwara ya Silicose (bita Silikoshi) igiye kubamaraho abantu. Abapfa ni abakora akazi ko gucukura amabuye y’agaciro mu birombe, bakanduriramo iyi ndwara ifata imyanya y’ubuhumekero. Ibitangazwa na bamwe mu bagize imiryango y’abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu karere ka Bugesera, bigaragaza ko nta muryango utararwaza iyi ndwara. […]

Chris Kyle, umusirikare kabuhariwe (Sniper) wishe abantu barenga 150 ku rugamba-AMAFOTO

Christopher Scott “Chris” Kyle yavutse ku itariki ya 8 Mata 1974, uyu mugabo yamenyekanye cyane mu gisirikare cya USA mu mutwe w’abarwanira mu kirere, mu mazi ndetse no ku butaka (United States Navy’s “Sea, Air and Land Teams) by’umwihariko akaba yari azwi nk’umusirikare muri bamwe bazwi nka ba mudahusha (Sniper). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musirikare ni […]

Gambia: Guhera kuwa 19 Mutarama A.U. ntizaba igifata Yahya Jammeh nka perezida

Afurika Yunze Ubumwe iratangaza ko guhera kuwa 19 Mutarama itazaba igifata perezida wa Gambia, Yahya Jammeh nka perezida wa Gambia. Kuri iyi tariki hakaba aribwo hari hateganyijwe umuhango wo guhererekanya ubutegetsi hagati ye n’uwatsinze amatora, Barrow. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama yabereye I Addis Abeba, Akanama k’umutekano ka AU kagaragaje ingaruka zikomeye zishobora guterwa n’igikorwa […]

Minisitiri James MUSONI yasuye DOVE Hotel ya ADEPR-AMAFOTO

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, James MUSONI yasuye DOVE Hotel Kigali aho yashimye ibikorwa Itorero ADEPR rimaze kugeraho mu kubaka Igihugu kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2017. Yatemberejwe nyubako ya mbere irimo ibyumba 72, anatemberezwa mu nyubako ya kabiri irimo ibyumba 4 binini byakira inama, ubukwe n’ibindi birori, yamurikiwe Studio ebyiri zirimo iya Radio n’Iya […]

Bugesera: Ahazubakwa ikibuga cy’indege hataburuwe imirambo

Mu gihe imirimo yo gutunganya ahazubakwa Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera irimbanyije kuwa 12 Mutarama ku isaha ya saa saba ahakorerwa iyi mirimo mu Mudugudu wa Gatare hataburuwe imirambo y’abantu babiri byakekwaga ko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nyuma yo kubona ibi, abakozi bemereye abaturage baturiye aha hantu kuza kureba ngo barebe niba […]

RDC: Inyeshyamba za ADF zateze abacuruzi zibatwikira ibinyabiziga bitandukanye

Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF kuri uyu wa Kane ushize zateze umutego imodoka yo mu bwoko bwa Fuso yari itwaye abagenzi barindwi (7) n’ibicuruzwa ku muhanda uva Beni werekeza Kamango, mu birometero nka 50 mu majyaruguru y’Umujyi wa Beni zangiza ibicuruzwa bari bafite birimo moto. Biravugwa ko izi nyeshyamba zatwitse moto zigera kuri 18 […]

Burundi: Nyuma y'amasaha 24 afunze, Major Niyonkuru (Ex-FAB) yarekuwe

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Mutarama 2017, nibwo Major Niyonkuru Elie wari ufungiye muri gereza y’urwego rushinzwe iperereza yarekuwe, nyuma y’amasaha agera kuri 24 ahafungiye. Nk’uko umuryango we wabitangarije Bonesha FM, ngo uru rwego rwari rwamutaye muri yombi rumushinja kwifatanya n’abahungabanyije umutekano ariko abitera utwatsi ko ibyo bamushinja ntaho bihuriye n’ukuri ahubwo ko […]

Ubushakashatsi, muri 2017 ubushomeri buzazamuka

Ubushakashatsi bwerekanye ko muri uyu mwaka wa 2017 umubare w’abashomeri uziyongera cyane biturutse ku muvuduko w’iterambere uzagendera hasi, ibibazo bya politiki n’ iby’ubukungu bizakomeza kugwira ndetse n’ibura ry’imishinga yashirwamo imari. Ibi byatangajwe kuri uyu wa 12 Mutarama 2017 n’umuryango mpuzamahanga ushinzwe umurimo (ILO) muri raporo bakoze ku kibazo cy’ubushomeri ku isi. Ibura ry’akazi mu mwaka […]

Amerika igiye kugabanyiriza ibihano Sudani

Amerika yatangaje ko bitewe n’iterambere ndetse n’agahenge kamaze igihe kagaragara mu gihugu cya Sudani ko hari ibihano iki kihugu kigiye gukurirwaho. Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’inzego z’ubuyobozi muri Amerika kuri uyu wa kane tariki ya 12 Mutarama 2017, aho zavuze ko ibi bihano bigiye kugabanywa bitewe n’uko hari intambwe imaze guterwa muri kiriya gihugu […]

“Ubusugire bw’igihugu ntabwo ari umutekano gusa” Lt. Col Rene Ngendahimana

Kuri uyu wa 13 Mutarama 2017, Ingabo z’u Rwanda (RDF) zakoze igikorwa cy’ubutabazi kidasanzwe ku basirikare cyo gutanga amaraso agomba gufasha abarwayi bagana ibitaro bayakeneye, iki gikorwa cyabereye mu kigo cya gisirikare kiri i Kanombe. Umuvugizi w’igisirikari cy’u Rwanda, Lt Col Rene Ngendahimana yasobanuye ko iki gikorwa cyo gutanga amaraso cyatekerejweho ku bufatanye na minisitiri […]

Icyo Bibiliya ivuga ku gutukuza inzara, imisatsi n’ibindi bijyanye no kwirimbisha

Iyo witegereje hirya no hino mu nsengero zitandukanye usanga abantu batakita cyane ku kijyanye n’imyambarire. Nyamara ijambo ry’Imana ryo ribona ukundi ikijyanye n’imyambarire ku bagore, abakobwa ndetse n’abagabo bumva bagakurikiza ibyanditswe byera cyangwa se ibyo Bibiliya ivuga kuri icyo kintu ku muntu wamaze kumenya ukuri. Mu yandi magambo, ribifata nk’ubwibone. Rigira riti “isi izaboneshwa ishyano […]

Nubwo waba warabyaye rimwe cga kabiri, urakuna (Guca imyeyo) bigakunda

Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye na Mukamana Dative, wiswe izina rya Masenge kubera igikorwa akora cyo gufasha abakobwa n’abagore batageze mu rubohero, yatangaje ko nubwo hari abiheba nyuma yo gushaka bumva ko bataca imyeyo bigakunda. Uyu mugore avuga ko abakobwa bataciye imyeyo abafasha kuyica by’umwihariko akavuga ko n’abagore babyaye bishoboka cyane mu gihe hari ababifata nk’ibidashoboka. […]

Huye: Barataka ubujura butobora amazu, ababarindira umutekano bakavuga ko ari ibisanzwe

Abaturage bo mu mirenge ya Tumba na Ngoma ihuriyye mu mujyi wa Huye barataka ubujura bukabije bw’ibisambo bibatera mu mazu bigasahura ibyo bisanzemo byose. Aba baturage bavuga ko iki kibazo gikomeje gukura mu gihe badahwema gutanga amafaranga y’umutekano ariko ababarindira umutekano ngo bakaba badakora akazi kabo neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tereza ni umwe mubaturage baganiriye na […]

Burundi: Amakamyo atwara amakara yikorera byinshi kugirango asagurire ruswa Abapolisi

Abareba uburyo ikamyo zigemura amakara mu mujyi wa Bujumbura ziba zikoreye ibizigo bwinshi bakomeje kwibaza niba u Burundi ari igihugu gifite amategeko kigenderaho, abatwara izo modoka bavuga ko igipolisi cy’u Burundi ishami rishinzwe umutekeno wo mu muhanda babasaba amafaranga ya ruswa menshi bityo bagahitamo gupakira byinshi kugirango basagure iyo ruswa y’abapolisi. Bamwe mu bashoferi batwara […]

Nyamasheke: Nyuma yo kwivugana umugore wa mbere, uwa kane yamuciye umunwa

Umugabo wo mu karere ka Nyamasheke aherutse kuruma umunwa w’umugore bashakanye arawumira, nyamara ngo si bwo bwa mbere. Umugore wa mbere yaramwishe, uwa kabiri akiza ubuzima bwe ataraba igisenzegeri. Uwa gatatu yamumugaje akoresheje inyundo, uwa kane niwe ariye umunwa. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Imvaho nshya, umugabo Ntambabazi Emmanuel w’imyaka 57 wo mu kagari ka Kagarama mu […]

Ikipe y'igihugu “Amavubi” yamenye itsinda ryayo mu gushaka itike ya CAN 2019

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda, Amavubi FC, yaraye imenye itsinda izaba ibarizwamo mu mikino y’amajonjora yo guhatanira kwitabira igikombe cy’Afurika mu mwaka wa 2019 Tombora yabereye mu gihugu cya Gabon ku mugoroba wo kuri uyu wa 12 Mutarama 2017 u Rwanda rwisanze mu itsinda ririmo amakipe abiri yo mu burengerazuba bw’Afurika ahamenyereweho kuza imbere […]

Ibitwaro n’abasirikare Amerika yashyize muri Pologne, bihangayikishije Uburusiya

Uburusiya buvuga ko abasirikare n’ibitwaro by’intambara biremereye Amerika yohereje muri Pologne bibangamiye umutekano wabwo. Umuvugizi wa leta y’Uburusiya, Dmitry Peskov, yavuze ko ibyo biri gukorwa na Amerika bibangamiye inyungu z’Uburusiya by’umwihariko ko birimo igihugu kitari no ku mugabane w’Uburaya. Yatangaje ibi mu gihe hari abasirikare ba Amerika batangiye gusesekara ku butaka bwa Pologne bafite ibimodoka […]

Inkende yafotowe irimo yimya Isha-AMAFOTO

Ubusanzwe ntibimenyerewe ko inyamswa zitari mu bwoko bumwe cyangwa mu muryango umwe wazisanga ziri mu gikundi kimwe zikageza naho zimyanya. Nkuko amafoto abigaragaza, Inkende yafotowe ku kirwa kiri mu magepfo yo mu Buyapani mu mujyi wa Yakushima irimo yirimya Isha. Ikinyamakuru mail gitangaza ko iyi nkende yafotowe numwe mu bakerarugendo wari wegereye izi nyamaswa zombi […]

U Buhinde bwateye utwatsi icyifuzo cya Kenyatta mu gihe imyigaragambyo y’abaganga ikomeje

Igihugu cy’u Buhinde cyateye utwatsi icyifuzo cya Perezida Kenyatta cyo kuba u Buhinde bwakohereza abaganga amuri Kenya bo kujya kwita kubarwayi mu gihe imyigaragambyo y’abaganga ikomeje gufata indi ntera muri kiriya gihugu. Ibi Perezida Kenyatta yabisabye u Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi 2 aherutse gukorera muri kiriya gihugu, ariko u Buhinde buvuga ko nta bushobozi bufite […]

Padiri Nahimana ushaka kuba Perezida, yakubise agashyi abarwanya Leta y’u Rwanda banayisebya

Padiri Nahimana Thomas, ubu ufatwa nk’umunyapolitiki ndetse unashishikajwe cyane no kuza mu Rwanda kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe muri uyu mwaka wa 2017, yagize icyo akebura ku barwanya Leta y’u Rwanda, abasaba no kugira akanya ko gushima ibyo yakoze byiza. Aganira n’ Ijwi rya Amerika, Nahimana Thomas yavuze ko n’ubwo ari mu […]

Ibaruwa abakobwa ba Perezida W. Bush b’impanga bandikiye abakobwa ba Obama

Abakobwa 2 b’impanga b’uwahoze ari Perezida w’Amerika W. Bush, Jenna ndetse na Barbara Bush baherutse kwandikira abakobwa ba Obama babihanganisha kuba bagiye kuva muri White house nk’uko nabo bahavuye barahahoze ndetse banabagira inama y’uko bagomba kuzitwara mu gihe bagiye guhindura ubuzima bwabo. Dore bimwe mu by’ingenzi bigize ibaruwa abakobwa 4 bo mu muryango wa Perezida […]

U Rwanda rwashyize imbaraga nyinshi mu isuku, tugomba kubiha agaciro- ACP Twahirwa

Polisi y’u Rwanda irahamagarira abantu bose kureka kujugunya no guta aho babonye , ku mihanda cyangwa hanze y’imodoka kandi ikabagira inama yo gukoresha buri gihe ahagenewe kujugunywa imyanda hagiye haboneka henshi mu mijyi. Ubu butumwa buri mu murongo w’ubukangurambaga bw’isuku n’umutekano kandi nk’uko umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe kuyihuza n’abaturage, ACP Celestin Twahirwa abitangaza, ni […]

Imbaraga zo kurimbura FDLR ku butaka bwa Congo zongeye kugarukwaho muri Loni

Ignace Gata Mavita, uhagarariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Loni yabyukije ikibazo cya FDLR muri uyu muryango w’abibumbye, asaba ko cyahagurukirwa. Mu nama ya Loni yo ku wa Gatatu tariki ya 11 Mutarama 2017 , Ignace Gata Mavita nibwo yasabye ko izi nyeshyamba za FDLR n’izo muri Sudan y’Amajyepfo ziri muri Congo zahagurukirwa zigasubizwa […]

Ese koko ikibazo cy'umwanda uvugwa mu barimu cyaba ari ukuri?

Leta y’u Rwanda irasaba abarezi hirya no hino mu gihugu kurwanga umwanda ku mubiri, mu myambaro, aho baba n’ahandi hatandukanye. Ibi bikaba ari bimwe mu byagarutsweho na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi mu muhango wo gusoza itorero ry’abarimu mu karere ka Musanze kuri uyu wa kane tariki ya 12 Mutarama 2017 . Mu ijambo rye yagejeje […]

Kenya: Abatavuga rumwe na Kenyatta bakoze ihuriro ryo kumukura ku butegetsi

Abatavuga rumwe ya leta ya Kenya bashyizeho ihuriro ry’abayobozi batandukanye b’amashyaka, iri huriro rikaba rigamije gukorera hamwe hagamijwe guhirika Perezida Kenyatta ndetse n’umwungirije William Rutto . Iri huriro ryakozwe kuri uyu wa 11 Mutarama 2017 I Nairobi, rikaba rigizwe na Musalia Mudavadi, umuvugizi wa Amani National Congress; Kalonzo Musyoka, umuvugizi wa Wiper movement; Raila Odinga, […]

Babiri bafunzwe bakekwaho guha ruswa abayobozi b’inzego z’ibanze

Polisi y’u Rwanda mu turere twa Nyarugenge na Nyamasheke ifunze abagabo babibi bakekwaho kugerageza guha ruswa abayobozi b’inzego z’ibanze kugira ngo babakorere ibinyuranije n’amategeko. Ababikurikiranweho ni Baziyaka Marcel, ufite imyaka 31 y’amavuko na Habimana Daniel, ufite imyaka 31 y’amavuko. Ubanza (Baziyaka) yafatiwe mu cyuho ku itariki 9 Mutarama, uyu mwaka, agerageza guha ruswa y’amafaranga y’u […]

Amahirwe make atumye Hakizimana Muhadjir arata umukino wa APR FC na Rayon Sports

Mu gihe ikipe APR FC yiteguye imikino irimo n’uwo izacakiranamo na Rayon Sports, umukinnyi wayo ukina imbere Hakizimana Muhadjir, ku bw’ibyago ntabwo azitabira iyi mikino. Uyu musore Hakizimana Muhadjir wa APR FC, ngo agiye kumara ibyumweru 6 adakandagizi ikirenge mu kibuga nyuma yaho imvune ye ikomeje kumubera agatereranzamba. Mu myitozo yabaye ku mugoroba wo kuri […]

Umuraperi JDC yagarutse ku mvune z’abahanzi mu ndirimbo yakoranye na Umutare Gaby

Umuraperi ukizamuka muri muzika nyarwanda, Irankunda Jean de la Croix, ukoresha amazina ya JDC yashyize ahagaragara indirimbo yakoranye n’umuhanzi umaze kubaka izina ndetse ufite abafana batari bacye, Umutare Gaby, indirimbo wumva ukumva ko mu Rwanda hari abana bafite impano nubwo rimwe na rimwe birengagizwa. Ubwo yaganiraga na Bwiza.com, JDC yadusubiriyemo muri macye urugendo rwe muri […]

Dore impamvu abagabo benshi babyukana igitsina cyafashe umurego buri gitondo

Abantu benshi biganjemo abagabo n’abasore bakunze kubyuka mu gitondo cya kare igitsina cyabo cyafashe umurego udasanzwe. Gusa ibi bigaragara kenshi ku bantu b’igitsinagabo nubwo abenshi badasobanukirwa ikiba cyabaye ku mubiri wabo kuko usanga hafi ya buri gitondo bafite impinduka ku bice by’umubiri wabo bimwe na bimwe. Ibi si uburwayi nk’uko bamwe bakunze gutekereza ko haba […]

Umucyo w’ukuri ni uwuhe?

“Yaguhaye Ikiruta Byose” “Kuko Imana yakunze abari mw’isi cyane, byatumye itanga Umwana wayo w’ikinege kugirango umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.” Yohana 3:16. Birashimishije guhishurirwa urukundo Imana yadukunze itagendeye kubyiza dukora, ikaduha Umwana wayo, mugihe ikiremwa muntu cyari mu kaga ko kurimbuka bitewe no kwica amategeko y’Imana, bityo Imana ikabona ko turabo kurimbuka maze […]

“Ntituzongere kumva abarimu basambanyije abanyeshuri bigisha” PM Murekezi (AMAFOTO)

Guverinoma y’u Rwanda yasabye Abarimu bo mu mashuri y’inshuke, abanza, ayisumbuye ndetse n’abo mu mashuri y’ubumenyingiro kwirinda ibyaha birimo gusambanya abanyeshurikazi, amacakubiri, ingengabitekerezo ya jenoside bakanamaganira kure abakwirakwiza ibihuha bivuga nabi u Rwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Byagarutsweho na Minisitiri w’Intebe, Anastaze Murekezi yabivuze kuri uyu wa 12 Mutarama 2017 mu mpanuro yahaye aba barimu ubwo basozaga […]

Ibitaro bya Butaro byorohereza ingendo abarwayi ba kanseri babigana – Dr Habimana

Ibitaro bya Butaro ni ibitaro biherereye mu Karere ka Burera mu Murenge wa Butaro mu Ntara y’Amajyaruguru byatangiye gukora mu 2006 bishyira 2007 bitangira bikorera mu Kigo nderabuzima cya Ruhondo, bizanywe na Inshuti mu Buzima (Partners in Health) ifatanyije na Minisiteri y’ubuzima, ariko amazu ibitaro nyirizina bikoreramo yo akaba yaratangiye gukorerwamo muri Mutarama 2011. Ni […]

Ihene yabyaye umwana ufite isura nk’iy’umuntu-IFOTO

Ibrahim Basir, umuhinzi akanaba umworozi mu Majyepfo ya Malaisie, yakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga ifoto y’umwana w’ihene ye yabyaye bagatungurwa no gusanga ufite isura nk’uy’umuntu. Uyu mugabo ngo asanzwe atuye mu gace ka Felda, avuga kandi ko uyu mwana w’ihene wahise upfa nyuma y’iminsi 10, gusa ku bwe avuga ko yatunguwe cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati: “ […]

Inyeshyamba zo mu mutwe w’ Abatalibani zatangiye kugira ibyo zisaba Donald Trump

Abatalibani boherereje Amerika amashusho bavuga ko perezida mushya Donald Trump ari we bashaka ko abegera bakaganira ku kibazo cy’imfungwa zabo zifungiwe muri Amerika bitaba ibyo izi ntagondwa zikagumana abagabo babiri zafashe bugwate guhera mu kwezi kwa Kamena 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Videwo yashyizwe ku rubuga rwa twitter rw’intagondwa z’Abatalibani kuri uyu wa 11 Mutarama 2017 yerekana […]

Mu bigo by’imari byihariye bakora umurongo imbere ya gishe zitarimo abakozi

Abanyamuryango b’ibigo by’imari (amabanki) byashingiwe abakozi bihariye, bababazwa no gutinda guhabwa serivisi kandi hari abakozi bakabakiriye. Ibi bigo ni ibyashyiriweho guhemba no kuguriza abarimu n’iby’abakora ibirebana n’umutekano(Umwarimu SACCO na ZIGAMA CSS). Muri ibi bigo, usanga gishe nyinshi zitarimo abakozi, usibye mu minsi yo guhemba gusa. Ku ishami rimwe riri mu ntara y’Amajyaruguru, hari gishe umunani, […]

Umuhanzi Desire Luzinda, amaraso mashya mu rusengero

Abantu benshi bashobora kwibaza niba koko byashoboka ko uyu muhanzi wabiciye bigacika guhera mu myaka yashize mu gihugu cya Uganda, Desire Luzinda ashobora kuva mu muziki akajya kugarukira Imana mu rusengero. Biragoye kandi kwiyibagiza amafoto y’urukozasoni uyu muhanzikazi yagiye ashyira ahagaragara cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga yambaye ubusa guhera muri za 2014.   Mu kiganiro […]

Ubwicanyi no gusambanya abagore ni bimwe mu byatumye Gen Ntaganda yitwa“Terminator”

-Kugira uruhare rukomeye mu bwicanyi bwakorewe muri Ituli hagati ya 2002 na 2003 – Ubwicanyi ndengakamere – Gufata ku ngufu no guhindura abakobwa bato abacakara b’imibonano mpuzabitsina -Kwinjiza mu gisirikare abana bato Ibi ni bimwe mu byaha bishinjwa Gen Bosco Ntaganda, umugabo w’imyaka 44 y’amavuko, ubu ufungiye mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa La Haye mu […]

Huye: Bitarenze 2017 umujyi ugiye kugarurwamo ibyishimo byahahoze

Umujyi wa Huye ugiye kugarurwamo ibyishimo byahahoze kuko byari izingiro ryo kugaragaza umuco n’ubukerarugendo bikanazana amafaranga. Umunyabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Huye, Nshimiyimana Vedaste avuga ko ibyishimo byahoze i Huye hagiye gukorwa ibishoboka byose mu mwaka wa 2017 bikagarurirwa abahatuye n’abahagenda. Avuga ko byibura buri mwaka hagomba gutegurwa amarushanwa y’imikino n’imyidagaduro binyuranye kugirango hakomeze kwinjira amafaranga […]

Umugabo yatawe muri yombi yiba inkweto mu musigiti

Polisi yo mu mujyi wa Kampala muri Uganda yataye muri yombi umugabo witwa Abdul Hakiim Matovu agerageza kwegeranya inkweto z’abari baje gusali mu musigiti ngo azitware. Ubwo uyu mugabo yaganiraga n’itangazamakuru, yisobanuye avuga ko atari yaje ekwiba izi nkweto ahubwo ko nawe hari ize yahaburiye zihenze mu bihe byashize bityo akaba yari agiye kwishumbusha atwara […]

Rubavu: Abakozi 60 bo ku rwibutso rwa Nyundo bamaze amezi 6 badahembwa

Abakozi 60 bakora ku rwibutso rwa jenoside rwa Nyundo mu Karere ka Rubavu baratabaza nyuma yo kumara amezi 6 yose badahembwa. Umwe muri aba bakozi yabwiye itangazamakuru ko baje ku Karere ka Rubavu kwishyuza amafaranga yabo bamaze amezi 6 badahembwa ko ubuzima bubananiye bakeneye amafaranga yo gukoresha. Yongeyeho ko abana batakijya ku ishuri ndetse no […]

Perezida Nkurunziza yaba ari gutegura imperuka nk’iyo Theoneste Bagosora yateguriye Abatutsi

Mu ijambo Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yagejeje ku baturage b’iki gihugu yumvikanye akoresha amagambo ameze nk’ayakoreshejwe na Theoneste Bagosora wavuze ko agiye gutegura imperuka ku Batutsi bikarangira hakozwe jenoside muri 1994. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Theoneste Bagosora wahoze afite ipeti rya Coloneli mu ngabo za Habyarimana EX-FAR zatsinzwe na RPA, uyu Bagosora yivumburiye i Arusha nyuma […]

Ntidushobora kugira umutekano aharangwa ibiyobyabwenge- Mayor Mudaheranwa Juvénal

Abayobozi b’amadini akorera mu karere ka Gicumbi bashyizeho ihuriro aho, biciye mu ndirimbo zihimbaza Imana n’ivugabutumwa bakora ubukangurambaga bwo gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge, umuyobozi w’aka karere akaba yibukije ko nta terambere ryagerwaho hakirangwa ibiyobyabwenge. Icyemezo cyo gushyiraho iri huriro cyafatiwe mu nama mpuzamatorero yabaye ku italiki ya 10 Mutarama , ihuza abayoboke bagera ku 1500 […]

Kenya: Abaturage bari kwihakana igihugu ngo babone amaramuko mu mpunzi ziriyo

Leta ya Kenya yatangajwe ko ihangayikishijwe n’abaturage bayo bajya kujijisha bakiyandikisha mu mpunzi z’abanyamahanga ziri muri kiriya gihugu kugira ngo na bo babone amaramuko. Inkuri itangazwa na bimwe mu binyamakuru byo muii kiriya gihugu ivuga ko umubare w’aba baturage b’Abanyakenya bajya kwiyita impunzi mu nkambi ya Daadab ibamo impunzi z’Abanyasomalia umaze gutera impungenge kuko ugenda […]

USA: Dylann Roof w’imyaka 22 wishe abirabura 9 abasanze mu rusengero yakatiwe icy’urupfu

Ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Kabiri ushize bwakatiye igihano cy’urupfu umusore, Dylann Roof w’imyaka 22, wari ukurikiranweho icyaha cyo kwica abirabura b’Abanyamerika 9 yishe abasanze mu rusengero muri Carolina y’Epfo mu 2015. Inyandiko yashyizwe ahagaragara n’umucamanaza mukuru, Loretta Lynch, ivuga ko nta kintu gishobora kugarura ubuzima bw’abantu 9 bishwe n’uwo […]

Burera: Akarere karikungahaza mu bukode bw’inzu kambuye umuryango APADEC

Ubutaka bwanditse kuri APADEC Inyubako ni iza APADEC Amasezerano yasinywe na APADEC Amafaranga ajya kuri Konti y’akarere Akarere ka Burera ubu kagiye kumara umwaka kinjiza amafaranga y’ubukode bw’inzu zubatswe n’umuryango APADEC. Ni nyuma y’aho icyari ishuri ryisumbuye ry’uyu muryango riburiye abanyeshuri mu 2015, bake basigaye bakajyanwa ku kindi kigo i Butaro. Ikigo cyaje gukodeshwa na […]