Musanze: Inzitiramibu zidahagije, impungenge z'uko malaria yashinga umuzi

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko kuba barimo guhabwa inzitiramibu zidakwiye uburyamo bafite mu ngo zabo ari kimwe mu bishobora gukomeza gutiza umurindi indwara ya malariya ikomeje kwibasira benshi muri iki gihe. Muri ibi bihe abaturage barimo guhabwa inzitiramibu na Minisiteri y’ubuzima hirya no hino mu gihugu kubera indwara ya Maraliya […]

Ubufaransa bwanzuye ko nta mpamvu bubona zifatika zo gukurikirana Pierre Tegera

Urukiko rwo mu Bufaransa rwanzuye ko nta mpamvu rubona zatuma rukurikirana Umunyarwanda, Pierre Tegera ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uyu yanashyiriweho n’u Rwanda impapuro mpuzamahanga zo kumuta muri yombi. Byatangajwe kuri uyu wa 11 Mutarama 2017, inkuru dukesha itangazamakuru ryo mu Bufaransa ivuga ko urukiko rwo mu Bufaransa rwasanze nta bimenyetso […]

Ni umukobwa wabyaye, arashaka umukunzi utari uwo kuryoshya gusa

Mwaramutseho ndifuza umukunzi ndumu fille mere w’umwana umwe imyaka32 ibiro 72 uburebure 1cm70 ndiga muri Kaminuza ntakazi mfite ndifuza umukunzi ufite imyaka32-40 upima ibiro73-80 uburebure 1cm70 kuzamura ufite urukundo sinshaka uwokuryoshya yanyandikira kuri email wasemutesi@gmail.com NB utujuje ibi ntanyandikire kuko sindigukina nafashe unwanya ntari gukina. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu musore nawe yagize ati: “Ndi umusore ukuze […]

Uganda: Icyuma cyacagaho abantu byibuze 40 mu Bitaro bya Mulago cyangijwe n’abajura

Igipolisi cya Uganda cyatangiye iperereza mu Bitaro Bikuru by’ikitegererezo bya Mulago biherutse kwinjirwamo n’abantu batamenyekanye bakangiza icyuma kimwe rukumbi cyifashishwaga mu gusuzuma imbere mu mubiri w’umuntu bita CT scan Iki cyuma cyifashisha amafoto n’ikoranabuhanga rya mudasobwa kigakora amafoto agaragaza neza imbere mu mubiri w’umuntu, aho bivugwa ko gitanga amakuru ahagije ugereranyije na radiography isanzwe. Umwe […]

Valentine Rugwabiza asanga Afurika yihagije mu kwikemurira amakimbirane

Afurika irihagije yaba mu bumenyi, yaba mu kuba hafi ndetse no mu bushobozi bwo kwikemurira amakimbirane ayirangwamo kandi mu buryo bwa vuba, byatangajwe n’umunyamabanga uhoraho wa leta y’u Rwanda muri Loni, Rugwabiza Sendanyoye Valentine. Ibi Valentine Rugwabiza yabivuze kuri uyu wa 10 Mutarama 2017 mu kiganiro mpaka akanama k’umutekano ka LONI karimo kigamije gukumira amakimbirane […]

Uganda:Amafaranga yari yarateganyirijwe guhabwa Imana nka ruswa yaburiwe irengero

Nyuma y’uko umunyacyubahiro Obong wo mu gihugu cya Uganda atanze itegeko mbere yo gupfa ko agomba kuzahambanwa akayabo k’amafaranga yo guha Imana nka ruswa, umugore we yatangaje ko ayo mafaranga yaburiwe irengero. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo Obongo w’imyaka 52 y’amavuko wari umukozi muri Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo mu gihugu cya Uganda yapfuye mu mperaz’umwaka […]

Congo: Uwari uhanganye na Denis Sassou Nguesso mu matora aheruka yatawe muri yombi

Uwahoze ari umuyobozi mu ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Congo yatawe muri yombi kuri uyu wa kabiri ashinjwa gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihe yari amaze amezi mu bwihisho nk’uko byatangajwe n’igipolisi. Uyu munyapolitiki witwa AndrĂ© Okombi Salissa, watsinzwe mu matora y’umukuru w’igihugu yo muri Werurwe umwaka ushize wa 2016 yegukanwe […]

Ese gukora imibonano mpuzabitsina buri munsi ni ngombwa ku bashakanye ?

Mu miryango myinshi usanga hari ikibazo cy’intonganya zidashira cyangwa kutumva ibintu kimwe, iki kibazo kigaterwa ahanini n’umunaniro ababana bahorana bitewe n’akazi ka buri munsi kuko babyuka bagenda bakongera guhura nimugoroba bananiwe ugasanga ntibabashije gusana urugo uko bikwiye. Uyu munaniro bararanye mu buriri, bakawubyukana bakawiriranwa n’ibindi, ni nawo utuma habaho no kutuzuza inshingano umuntu yakwita ko […]

Abanyamahanga 5 bagaragaje urwango rukomeye ku Rwanda

Ubusanzwe nta muntu kuri iyi ya rurema ubaho adafite igihugu. Kandi buri gihugu kigira incuti n’abatagikunda, ni ibisanzwe. Burya rero wabura ibindi, wabura ababyeyi, ukabura abavandimwe n’ibindi bisanira by’umuryango muto cyangwa mugari ariko ntawubura igihugu. Kimwe mu bintu bishobora guteza amakimbirane akaze yashobora no kubirindura isi, ni ukubuza umuntu cyangwa imbaga runaka uburenganzira ku gihugu […]

Argentina: Ikibumbano cya Messi basanze cyaciwe amaboko n’umutwe

Mu gitondo cyo kuwa 10 mutarama 2016 mu murwa mukuru wa Argentina, Buenos Aires ikibumbano kigaragaza umukinnyi wabiciye bigacika muri kiriya gihugu Lionnel Messi cyasanzwe cyaciwe umutwe n’amaboko ndetse n’ibindi bice byacyo byangiritse cyane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abantu batandukanye muri kiriya gihugu bahangayikishijwe cyane no kuba iki kibumbano cyangijwe n’abantu kugeza na nubu bataramenyekana, mu gihe […]

Pasiteri Mpyisi yasobanuye uko umwami Kigeli V Ndahundirwa azatabarizwa

Abari bategereje ibidasanzwe mu ishyingurwa ry’umwami bakureyo amaso kuko nta mihango idasanzwe igaragaza ko uwapfuye yari umwami izakorwa mu ishyingurwa rya Kigeli V nk’uko uwahoze ari umujyanama w’uyu mwami, pasiteri Mpyisi yabisobanuye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro pastiri Ezra Mpyisi n’itsinda ayoboye bagiranye n’abanyamakuru kigamije gusobanura uko urugendo rwo kuzana umwami ngo atabarizwe mu Rwanda rwagenze […]

Amerika: Itsinda ry’abaririmbyi rirashaka guha Peresida Obama akazi

Itsinda ry’abaririmbyi rikomeye ryo muri Leta zunze ubumwe za Amerika rizwi nka Spotify Group ryatangaje ko rishaka Peresida Obama akaza kuribera umuyobozi ndetse agahabwamo n’izindi nshingano zikomeye zizatuma ribasha gutera imbere kurushaho. Mu butumwa umuyobozi w’iri tsinda Daniel Elk ukomoka muri Swede yahaye Perezida Obama abinyujije mu nyandiko yagize ati”mfite amakuru ko Wabasha kugira icyo […]

Perezida Museveni n’umuhungu we Gen Muhoozi, ese baba bari mu kahe gakino?

Muhoozi Kainerugaba, ni imfura ya Perezida Museveni ubu ufite imyaka 42 y’amavuko. N’ubwo uyu mugabo yavukiye mu buhunzi ntibyamubujije kwitwa umwana wa Perezida bitewe n’imbaraga se yari afite n’ishyaka ryo guharanira intebe y’umukuru w’igihugu, 1986 biraba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muhoozi nyuma yaho se afatiye ubutegetsi n’ishyaka yari ayoboye rya NRA yaje guhinduka NRM ( National Resistance […]

Impinduka mu bigo bireberera buruse y’abanyeshuri, Abadepite basabye ko yakongerwa

Abadepite bemeye umushinga w’itegeko rigamije kwaka REB inshingano zo kugenzura inguzanyo ya buruse ihabwa abanyeshuri ba kaminuza zigahabwa HEC nabo baboneraho gusaba guverinoma y’u Rwanda kongera iyi nguzanyo Itegeko rishya rizaka ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi (REB) inshingano zo kugenzura imikorere n’imikoresherezwe y’inguzanyo y’amafaranga ihabwa abanyeshuri (bourse) zigashyirwa mu nshingano z’inama nkuru y’amashuri makuru (High Education […]

U Bwongereza: Umwana utwite nta wamuteye inda akomeje guteza urujijo

Mu gihugu cy’u Bwongereza haravugwa inkuru y’umwana wateje urujijo haba ku babyeyi be, abaganga ndetse n’abaturage bamubona kubera imiterere ye. Uyu mwana wahawe izina ry’abahungu kuva akivuka rya Hayden Cross, akomoka mu gace ka Gloucester mu Bwongereza. Abaganga bavuga ko yavutse ari umukobwa ariko mu mikurire ye hakaba ariho havutse urujijo kuko yakuraga agenda asa […]

Burundi: Ibiganiro hagati ya leta n’abatavuga rumwe nayo bigiye gusubukurwa

Ibiganiro bigamije guhuza abatavuga rumwe mu Burundi bigiye gusubukurwa aho ubutumire bwamaze gutangwa n’ibiro by’umuhuza, Benjamin Mkapa buvuga ko igice cya gatatu cy’ibiganiro kizatangira mu cyumweru gitaha kuwa 16 Mutarama 2017. Abantu bizewe, batandukanye, kandi bakurikirira hafi ibibera mu biro by’umuhuza bavuga ko ubwo butumire bwanditswe kera, ariko italiki iba ariyo igorana kumvikanwaho. Abo bakurikiranira […]

Abavuga ko bateye imbere batazi ibiranga umuco ntacyo bibitseho,bari mu busa(Vide)-Ntagwabira

Umwe mubakora mu nzu ndangamurage y’u Rwanda iherereye mu Karere ka Huye avuga ko umuntu wirata iterambere atazi amateka y’igihugu cye nayaranze abakurambere ntacyo yibitseho ahubwo ari mu busa (Vide). Andre Ntagwabira ni umushakashatsi mu nzu ndangamurage z’u Rwanda avuga ko nta muntu ukwiye kubaho atazi amateka n’ibigwi byaranze igihugu cye n’abakurambere kuko bigoye kuba […]

Abayobozi b’ibigo by’amashuri bane bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 50

Igenzura ry’imikoreshereze y’imitungo ryakozwe n’akarere ka Nyamasheke ryatumye hafatwa abayobozi b’ibigo by’amashuri bane bakekwaho kunyereza amafaranga agera kuri miliyoni 58 z’amafaranga mu bigo bari babereye abayobozi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire yagize ati:”Igenzura ryashyizweho n’akarere rigamije kumenya imikoreshereze y’amafaranga ahabwa ibigo by’amashuri , niryo ryatumye abayobozi b’ibigo […]

Abantu barenga 1/2 cy'Abanya-Iran baje gusezera kuri Akbar Hashemi Rafsanjani (AMAFOTO)

Akbar Hashemi Rafsanjani wahoze ari perezida wa Iran yapfuye ku wa 08 Mutarama 2017, uyu mugabo utatinyaga kunenga umukuru wa Iran wamusimbuye mu ruhame yashinguwe kuri uyu wa 10 Mutarama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ishyingurwa ry’uyu mugabo wapfuye afite imyaka 83 kuko yavutse ku wa 25 Kamena 1934 , yasize umugore we witwa Effat Marashi bashakanye […]

Amafoto: Ibikorwa by'ingenzi byagezweho na Polisi y'u Rwanda mu 2016

Mu mwaka wa 2016, Polisi y’u Rwanda yakoze ibikorwa bitandukanye bijyanye n’inshingano zayo zo kubungabunga no gusigasira umutekano w’abaturarwanda n’ibyabo; ibyo bikaba byaragize uruhare runini mu guteza imbere ibikorwa by’ishoramari ndetse n’iterambere muri rusange. Yabigezeho kubera gushyira mu bikorwa ibyo yiyemeje gukora mu mwaka wa 2016; hakiyongeraho imikoranire myiza n’abaturage ndetse n’abafatanyabikorwa bayo mu gukumira […]

FIFA yongereye umubare w'amakipe azajya yitabira igikombe cy’isi

Inama ya Federation y’umupira w’amaguru ku isi FIFA kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Mutarama 2017 yemeje ko amakipe azajya yitabira igikombe cy’isi abomba kuva kuri 32 kugeza ku makipe 48 muri 2026. Iyi nama yemeje ibi mu rwego rwo kongera umubare w’amakipe yitabiraga iri rushanwa bityo hakaba hari amahirwe ko n’ibindi bihugu bitajyaga […]

Imyitozo y’amaraso mashya mu gisirikare cy’u Burundi-AMAFOTO

Hashize iminsi humvikana isezererwa rya bamwe rya hato na hato mu gisirikare cy’u Burundi, ubu ni nako hinjizwa amaraso mashya ku rwego rwo hasi na ofisiye. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Twitter rwa Willy Nyamitwe, umuvugizi wa Perezida akanashingwa itangazamakuru muri Perezidansi, yatangaje ko imyitozo yatangiye. Ati:“Urubyiruko rwemewe nk’abakandida (sous officier) batangiye imyitozo yabo mu […]

Amafoto: Minisitiri Niyonkuru uherutse kwicwa mu Burundi yasezeweho bwa nyuma

Minisitiri Emmanuel Niyonkuru uherutse kwicwa n’abantu bitwaje intwaro yasezeweho bwa nyuma kuri uyu wa Kabiri, itariki 10 Mutarama 2017, aho uyu muhango witabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye mu Burundi barimo perezida Nkurunziza, abahagarariye ibihugu byabo ndetse na guverineri wa Kivu y’Amajyepfo. Mu ijambo yavugiye aho, visi perezida wa mbere w’u Burundi, Gaston Sindimwo yibukije abishe nyakwigendera ko […]

Ubuhinde bwahaye u Rwanda impano ya toni 100 z’imiti (AMAFOTO)

Ibikubiye mu biganiro byahuje perezida Kagame na minisitiri w’intebe w’Ubuhinde basezeranye imibanire myiza hagati y’ibihugu byombi ndetse ukanaguka ukagera ku mugabane w’Afurika wose muri rusange, byabereye mu mu ruzinduko umukuru w’u Rwanda n’itsinda bajyanye bakomereje kugirira muri iki gihugu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubuhinde bwesezeranyije u Rwanda kunoza umubano w’ibi bihugu byombi mu buryo buruse uko byari […]

Buri cyiciro cy’amashuri mu Rwanda gitakaza abasaga ½ cy’abagitangiye

Uko umwaka ushira undi ugataha, niko abana bavuka biyongera. Ni nako kandi abatangira amashuri abanza n’ayisumbuye biyongera. Nyamara nk’uko imibare ibigaragaza, abatangira amashuri bagenda batakara, ku buryo abayarangiza bangana na ½ cy’abayatangiye. Uko imibare iteye: Mu mashuri abanza 2010, abanyeshuri bari 2 299 326 naho mu yisumbuye 2010 bari 425 587. Nyuma y’imyaka 5, abagera […]

Ngororero:Akarere karahakana guhemba indaya buri kwezi

Akarere ka Ngororero kari mu bihe bitoroshye byo kurwanya no guca uburaya bwamaze kuba icyorezo no mu bana b’imyaka 15 muri imwe mu mirenge ikagize, ariko na none karahakana ikitwa igihembo abaturage bavuga ko kigenerwa indaya buri kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa na Kuradusenge Janvier umuyobozi w’akarere ka Ngororero wungirije ushinzwe imirebereho myiza, avuga ko […]

Ese impenure zaba arizo zitera abapasiteri gusambanya abakobwa n’abagore b’abandi?

Mu nkuru y’ubushize yibandaga ku muco mubi ubu benshi bagaya wa delivuransi, ikorwa na bamwe mu bashumba b’amatorero bagamije kunezeza imibiri yabo, bakabeshya abagore n’abakobwa ko barimo kubasengera banabavanaho imivumo n’indi myuka mibi ariko bikarangira bashatse kubasambanya cyangwa bikanaba (ingero nyinshi zirahari). Ubu noneho ikindi kintu usanga cyaradutse mu nsengero za gikiristo, ni imyambarire ya […]

Bimwe mu byo u Rwanda, u Burundi n’isi yose bazibuka kuri Barack Obama

Barack Hussein Obama yatorewe kuyobora Amerika kuva mu mwaka wa 2008, ubu asigaje iminsi itageze ku icumi ngo ave ku butegetsi kuko azavaho ku wa 20 Mutarama 2017, nyuma y’uko arangije manda ebyiri zemerewe umukuru w’Amerika mu itegeko nshinga ry’iki gihugu. Mu gihe cy’imwaka 10 Obama amaze ku butegetsi yakoze ibintu bitandukanye byagiye bigarukwaho mu […]

Uganda: Umuririmbyi Sharon mu rukundo n’umugabo w’Umunyarwanda

Umuririmbyikazi wo mu gihugu cya Uganda Sharon aravugwaho amakuru kuba ashaka gutandukana n’umugabo we basanganywe agakorana ubukwe n’umugabo usanzwe ufite umugore, uwo mugabo akaba afite inkomoko yo mu Rwanda ariko akaba aba muri Uganda. Uyu muririmbyi wari unafitanye umushinga w’ubukwe vuba na Ronnie Mulindwa yatangaje ko bwahagaze ndetse akaba ari mu rukundo n’undi mugabo w’umunyarwanda […]

USA mu bwoba mu gihe Koreya ya Ruguru yitegura kugerageza missiles zambukiranya imigabane

Kuri iki Cyumweru gishize Koreya ya Ruguru yatangaje ko ishobora kugerageza igisasu cya missile gifite ubushobozi bwo kwambukiranya imigabane, Intercontinental Ballistic Missile (ICBM) mu cyongereza, igihe cyose n’ahantu hose Kim Jong Un azahitamo, ishimangira ko ibi byose ari ingaruka za politiki mbi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. “ICBM izoherezwa igihe cyose n’ahantu hose hazagenwa […]

Ku nshuro ye ya mbere Christiano Ronaldo yerekanye umukunzi we mu ruhame

Mu muhango wo guhemba umukkinnyi w’umwaka nk’igihembo cyahoze ari icya Ballon d’or ku mukinnyi wahize abandi ku mugabane w’u Burayi, umukinnyi Christiano Ronaldo yagaragaye bwa mbere ari kumwe n’umukunzi we Georgina Rodriguez ndetse amwerekana mu ruhame. Byari ibyishimo bidasanzwe ku mukinnyi wa Real Madrid C Ronaldo n’inshuti ze ndetse n’umuryango ubwo yahigaga ku nshuro ya […]

Jeannette Rwigema ni umwe mu bagaragaye mu baje kwakira umugogo w’umwami

Madamu Jeannette Rwigema, umufasha wa nyakwigendera Fred Rwigema, intwari y’u Rwanda mu cyiciro cya mbere kizwi nk’Imanzi, ni umwe mu bantu baje ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali kwakira umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa kuri uyu wa Mbere nyuma gato ya saa sita z’amanywa. Kuri uyu wa Mbere ku isaha ya saa sita na mirongo […]

Impinduka mu gisirikare cya Uganda, Maj.Gen Muhoozi yagizwe umugaba mukuru w’ingabo

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yahinduye ubuyobozi bw’ingabo uwari umugaba mukuru w’ingabo, Gen. Katumba Wamala amugira umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’imirimo, naho Maj. Gen. David Muhoozi aba ari we agira umugaba mukuru w’ingabo. Izi mpinduka zatangajwe kuri radio y’igihugu bwoherejwe na perezida Museveni, akaba n’umugaba mukuru w’ikirenga w’ingabo mu ijoro ryakeye kuri uyu wa […]

Uganda: Umugabo yategetse ko bamuhambana amafaranga yo guha Imana nka ruswa

Umugabo witwa Charles Obong w’imyaka 52 y’amavuko akaba umukozi muri Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo mu gihugu cya Uganda aravugwaho amakuru adasanzwe yo guhambanwa amafaranga asaga Miliyoni 200 z’Amashilingi ya Uganda ngo azayashyire Imana. Uyu mugabo watangaje abantu benshi yatangaje ibi mbere y’uko apfa, asaba ko hari amafaranga agomba kuzashyira Imana mu rwego rwo kugira […]

Kigali: Bane bafunzwe bazira ubufatanyacyaha mu bujura bw’inzitiramibu

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali ifunze abantu bane barimo Umujyanama w’ubuzima bakekwaho ubufatanyacyaha mu bujura bw’inzitiramubu zigenewe abaturage mu rwego rwo kurwanya Malariya. Abakekwaho iki cyaha ni Karigirwa Claudine, wari Umujyanama w’ubuzima mu murenge wa Ndera; akaba ndetse ari we wari ushinzwe kuziha abaturage mu murenge wa Ndera, Umurerwa Jacqueline, n’abacuruzi babiri; ari […]

Inkiko zatunzwe agatoki mu korohera ibifi binini birya ruswa

Kuri uyu wa 09 Mutarama 2017, Umuvunyi mukuru. Aloysie Cyanzayire yatangarije Abadepite ko inkiko zo mu Rwanda zorohera bamwe mu bayobozi n’abakozi ba leta bafatirwa mu cyaha cya ruswa rimwe na rimwe ibyo baba bashinjwa bigateshwa gaciro abo bahimbwa “Ibifi binini” bakarekurwa kandi hari ibimenyetso bigaragaza ko ibyo bashinjwa ari ukuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi umuvunyi […]

“Mutubwirire Abanyarwanda ko himye undi mwami usimbura Kigeli V Ndahindurwa” Benzige Boniface

Mu gihe umugogo w’umwami Kigeli V Ndahindurwa wagezwaga mu Rwanda aho azatabarizwa, abahindiro barangajwe imbere n’uwari umunyamabanga we, Boniface Benzige bari bahugiye mu kwimika undi mwami ugomba kumusimbura kuri ubu akaba yamaze no gutangazwa n’ubwo aba bahindiro bavuga ko hari ubwiru bugikurikizwa [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Murumuna wa Kigeli V Ndahindurwa witwa Bushayija Emmanuel niwe watangajwe ko […]

Umunyamakuru mpuzamahanga yasingije perezida Kagame n’iterambere ry’u Rwanda

Richard Miniter, umunyamakuru wa Forbes magazine yasingije iterambere ry’u Rwanda avuga ko iki gihugu n’ubwo ari kimwe mu bihugu bito ku isi ariko kimaze kubaka izina ku isi n’ubwo kinafite abakirwanya batari bake baherereye mu bihugu by’Uburayi. Mu bihugu bimwe na bimwe u Rwanda ruzwi cyane kuri Jenoside yakorewe abatutsi mu minsi ijana uhereye mu […]

Perezida Kagame yakiranwe urugwiro rudasanzwe mu Buhinde (AMAFOTO&Video)

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ari mu gihugu cy’Ubuhinde aho yitabiriye inama mpuzamahanga ibaye ku nshuro ya munani ku bukungu, umukuru w’igihugu yitabiriye iyi nama ku butumire bwa minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Narendra Modi guhera uyu munsi kuya 09-12 Mutarama 2017. Muri iyo nama biteganyijwe ko perezida Kagame azagirana ibiganiro na minisitiri w’intebe w’Ubuhinde bizabera […]

CAN: Amikoro macye yatumye ikipe y’igihugu ya Zimbabwe iturira indege ijya mu irushanwa

Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yanze kurira indege yerekeza mu irushanwa rya CAN rigiye kubera mu gihugu cya Gabon mu minsi iri imbere, iyi kipe ikaba yari guhaguruka kuri iki cyumweru tariki ya 8 Mutarama 2017 aho yari guca mu gihugu cya Cameroun gukina umukino wa gicuti ikabona gukomeza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye, iyi […]

Yifuje ko ikibuno ke kiba kinini none cyamubereye umutwaro-AMAFOTO

Umusore ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize hanze amafoto y’umukunzi we avuga uburyo ashenguwe n’agahinda mu gihe uyu mukobwa yafashe imiti yifuza kugira ikibuno kinini kandi giteye neza, ku bw’ibyago yaje kwisanga cyabyimbye uruhande rumwe ubu akaba ari mu byango. Uyu musore yitwa Emmanuel Chinedu Udoaku, nk’uko ikinyamakuru Afrika365 kibitangaza ngo umukunzi we yagiye yitera […]

Musanze: Hafashwe ingamba zo kurandura urumamfu mu ngano

Nyuma y’aho akarere ka Musanze kabereye aka nyuma mu mihigo ya 2016, hafashwe ingamba zikarishye zo kurandura urumamfu mu ngano. Abagera kuri 20 bahise bagaragaza ko batagishoboye kujyana n’abandi bamesa kamwe baregura. Abakozi b’akarere byavuzwe na Minisitiri w’intebe ko biyobora, nabo hamaze kuvanwamo batanu, abandi icumi bamaze kwihanangirizwa ngo badakomeza gutobera ikipe. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere […]

Twakubiswe n’inkuba tukimara kubyumva: Mayor Uwanzwenuwe

Ubushakashatsi bwakozwe ku mibereho y’abana bukimara gutangazwa, Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwumvise iyo nkuru ko aribo bafite abana benshi b’ingwingire bwabaye nk’ubukubiswe n’inkuba ku ubwiyo nkuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ubu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare 2014-2015, imibare igaragaza ko abana 59% bari munsi y’imyaka 5 mu karere ka Nyabihu bagwingiye. Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Uwanzwenuwe […]

Ibintu 10 bishobora gutuma umugore aca inyuma umugabo we agasambana n’abandi

Akenshi usanga abagabo aribo batungwa agatoki ko baca inyuma abagore babo cyane, ariko uko byagenda kose n’abagore si shyashya ko ni benshi bafatirwa muri icyo cyuho ariko wakurikirana ugasanga biterwa n’impamvu zitandukanye. 1.Kutanezezwa mu Buriri : Icyo wakora cyose, mu gihe umugore utamunezeza mu biriri aguca inyuma, bibaho imyaka ikaba myinshi ariko aratinda akaguca inyuma […]

Abanyarwandakazi 8 bakekwaho gukorera uburaya muri Uganda mu maboko ya polisi

Igipolisi cyo muri Kabale ho muri Uganda cyataye muri yombi abakobwa bagera ku munani (8) b’Abanyarwandakazi basanzwe baba muri iki gihugu nta byangombwa bafite. Umuvugizi w’igipolisi muri Kigezi, Elly Matte, yavuze ko aba bakobwa bakekwaho gukora umwuga w’uburaya bafatiwe mu mahoteri atandukanye yo mu mujyi wa Kabale mu mukwabu wari ugamije gufata abanyabyaha. Matte yakomeje […]

Muri 2017 Ubushinjacyaha burateganya gusaba kohererezwa 250 bakoze jenoside bahunze

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda muri uyu mwaka burateganya gusaba kohererezwa abantu byibuze bagera kuri 250 bakurikiranweho uruhare muri jenoside bakidegembya hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kugirango abakoze jenoside batarafatwa bashyikirizwe ubutabera. Muri urwo rwego rwo kugeza abakekwaho uruhare muri jenoside mu butabera, mu mwaka ushize wonyine ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye kohereza mu Rwanda […]

Abantu 16 bakurikiranyweho kugaba igitero kuri Kim Kardashian

Iperereza ryo mu gihugu cy’u Bufaransa rimaze guta muri yombi abantu 16 bakurikiranyweho gushaka kugirira nabi umunyamideli w’icyamamare Kim Kardashian ubwo bamusangaga mu ihoteli yabagamo i Paris bitwaje intwaro bakamusiga iheruheru. Uyu musitari w’umunyamerika ukunze kuba ari kumwe n’umugabo we Kanye West ndetse n’umurinzi we, yatangaje ko aba aba bantu bitwaje intwaro bamusanzwe mu icumbi […]

Amanota y’abatsinze ikizamini gisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange amaze gushyirwa ahagaragara

Amanota asoza amashuri abanza n’ icyiciro rusange 2016 amaze gushyirwa ahagaragara kuri uyu wa 09 Mutarama 2017 ku cyicaro cya minisiteri y’uburezi ku Kacyiru. Mu manota yatangajwe, mu byiciro byombi abakobwa nibo bigaragaje ko batsinze ku bwinshi ugeraranyije n’abahungu, aho mu mashuri abanza, abakobwa batsinze ku kigero cya 55.1 % mu gihe abahungu batsinze ku […]

Ushobora kuba incuti y’Imana

Yakobo 2:23 Ni cyo cyatumye ibyanditswe bisohora, byabindi bivuga ngo “Aburahamu yizeye lmana bimuhwanirizwa no gukiranuka” Yitwa incuti y’lmana* kuba incuti y’lmana Abantu benshi bavugako bakunda abandi ariko bagera mumagorwa, bakabura zancuti, zagenda zikabasigira ibikomere. Ese koko hari incuti nyancuti?? -Maze gusoma irijambo nifuje ko twarisangira, Haringingo 8 nifuje ko wamenya. 1.Waruziko lmana ishaka ko […]

Ubuhutu n’Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy’u Burundi, buzabyara iki?

Uko imyaka yagiye yicuma mu mateka y’u Burundi amoko yagiye ahabwa intebe ndetse akanashingirwaho mu mirimo, by’umwihariko ubu mu gisirikare n’igipolisi bukagaragara nk’ashobora kuzabyara amahari. Muri iki gisirikare cy’u Burundi hamaze iminsi humvikana isezererwa rya bamwe mu basirikare, ifungwa, iyicwa, kwinjiza abasirikare bashya,…ibi birakorwa ariko cya kintu cy’amoko kikagarukwaho cyane. Amoko mu gusezerera abasirikare no […]

“Nk'ubu ndi kumwe n’umuntu wantemaguye ariko namuhaye imbabazi” Mukarumanzi Clodette

Mu bantu 252 batangiye urugendo rwo gukomorerwa na kiliziya ku masakaramentu 166 nibo bonyine batewe icyuhagiro, mu rugendo rw’amezi atandatu abakoze jenoside n’abayikorewe bamaze bigishwa kugirango abayikoze bahabwe imbabazi n’abayikorewe mu rwego rwa gikilisitu abantu 166 nibo bagaragaye ko bujuje ibisabwa byose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa 08 Mutarama 2017, Kiliziya gatulika muri paruwasi ya […]

Afurika y’Epfo: Caster Semenya uzwiho kwiruka cyane yakoranye ubukwe n’umutoza we (Amafoto)

Muri Repubulika ya Afurika y’Epfo haravugwa amakuru y’abagore 2 baherutse gusezerana nk’umugore n’umugabo ku mugaragaro. Aba bagore bavuga ko batangiye kuba inshuti kuva bakiri abana, umwe yaje kurangiza kaminuza ayoboka amarushanwa yo gusiganwa mu kwiruka n’amaguru mu gihe uwamurihiye kaminuza waje no kuba umutoza we ari we bakoranye ubukwe mu ruhame. Caster Semenya na mugenzi […]

Kiliziya ya mbere mu Rwanda igiye kubyazwa umusaruro mu bukerarugendo

Mu rwego rwo kuzamura ubukerarugendo no guteza imbere umuco n’ahantu ndangamurage, kiliziya yubatswe bwa mbere mu Rwanda igiye kubyazwa umusaruro. Akarere ka Gisagara karavuga ko mu rwego rwo kuzamura ubukerarugendo no kumenyekanisha umuco n’amateka kagiye gutangira kubyaza umusaruro ahantu nyaburanga gahereye kuri Kiliziya ya mbere yubatswe mu Rwanda iherereye mu murenge wa Save. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 6)

  A.ISEZERANO RISHYA NI IKI? Isezerano rishya iyo usomye neza usanga ari rya rindi Imana yahaye Aburahamu ryakomeje. kandi muri wowe ni mo imiryango yose yo mu isi izaherwa umugisha.” ITANGIRIRO 12:3 Hari uburyo Pawulo yabisobanuye neza, ukabona ko isezerano rishya ari ugusohora kw”isezerano Imana yahaye Aburahamu,arerekana neza iby’urubyaro rwa Aburahamu ariwe Yesu Kristo wapfuye […]

Rubavu: Mukansonera Geraldine yadukanye uburyo bushya bwo kwambutsa urumogi

Umugore witwa Mukansonera Geraldine yafatanywe ibiro bitatu by’ikiyobyabwenge cy’urumogi yari yahishe mu madegede (Ibihaza) yashakaga kurwambukana ngo aruzane mu Rwanda arukuye mu gihugu cya Congo nk’uko yafatiwe ku mupaka munini uhuza ibi bihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu wafashwe ngo yabanje gukora imbere muri ayo madegede akuramo imbuto ziba zirimo kugirango abone umwanya atwaramo urumogi rwe, […]

Rubavu: Abayoboke b'idini ya Isilamu barasabwa kwirinda ubuhezanguni n'ubutagondwa

Ubuyobozi bw’idini ya Islamu ku bufatanye na polisi y’u Rwanda bwasabye abayoboke b’idini ya Isilamu bo mu karere kua Rubavu kwerinda no kurwanya ikintu icyo aricyo cyose gihabanye n’imyemerere ya Kisilamu birimo ubutagondwa n’ubuhezanguni. Muri ibi biganiro, Mufti Sheih Hitimana sallim, yasabye ababyeyi n’abarezi gukangurira urubyiruko rwo mu idini ya Islamu kwirinda ibikorwa nk’ibi, kuko […]

Rafsanjani wigeze kuba Perezida wa Iran yapfuye ku myaka 82

Hashemi Rafsanjani Akbar, wigeze kuba Perezida wa Irani, yitabye Imana ku myaka 82 y’amavuko azize indwara y’umutima. Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, uyu musaza ngo yari amaze igihe arwaye nyuma akaza kujyanwa mu bitaro kuri iki cyumweru tariki ya 8 Mutarama 2017 agahita agwayo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo yayoboye Irani kuva […]