Ikipe ya Pepiniere igarukanye umwaku mu kibuga

Mu mukino wa mbere w’ikipe ya Pepiniere kuva aho igarukiye mu kibuga kuri uyu wa 8 mutarama 2017, ntubashije kuyigendekera neza aho ikipe ya Rayon Sports iyitsinze ibitego 3-1 kuri kimwe, iyi kipe ikaba ikomeje kuza ku mwanya wa nyuma mu irushanwa dore ko na bamwe mu bakinnyi bayo basaga n’abigendeye burundu. Iyi kipe ya […]

Burera: Akarere nyaburanga kavumburwa n’uwihanganiye urugendo

Akarere ka Burera ni kamwe mu turere tubitse ibyiza nyaburanga muri iki gihugu, ariko bibonwa n’ubasha kwihanganira urugendo. Nta gushidikanya ko imigendekere yako yaba ivutsa bamwe ubwo burenganzira bwo kumenya ibyiza bitatse urwa Gasabo. Ikirunga cya Muhabura, umupaka wa Cyanika, ikiyaga cya Burera, igishanga cy’urugezi, ibitaro bya Butaro, igicumbi cya Nyabingi n’ibindi, nibyo bifata umwanya […]

Zimbabwe:Uwungirije perezida Mugabe ari mu mazi abira azira ifoto

Uwungirije perezida Mugabe yasabwe gutanga ibisobanuro ku ifoto yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga igaragaza ko uyu mugabo yaba ashaka kwiyitirira ubutegetsi bwa perezida Robert Mugabe w’imyaka 92 kuri ubu uri mu biruhuko by’akazi bisoza umwaka mu gihugu cy’Ubushinwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ifoto ya Visi perezida w’igihugu cya Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga agaragara afite igikombe […]

Abashumba bo muri Kenya bashinjwa kwinjirana imbunda muri Uganda bakazigurisha n’abaturage

Igisirikare cya Uganda UPDF cyatangajwe ko kigiye kwirukana Abanyakenya basgaa 2000 baba muri kiriya gihugu ndetse n’abari mu nkengero zacyo bitwaza ko baje kuragira bakazana ibirwaniro byo kugura n’abaturage ba Uganda. Abaturage bo mu gihugu cya Kenya biganjemo abashumba ndetse n’imiryango yabo batangiye kwinjira muri Uganda guhera mu myaka yashize, kuri ubu hakaba habarurwa abasaga […]

Mario Soares wahoze ari perezida wa Portugal yitabye Imana ku myaka 92

Mario Soares, wahoze ari perezida wa Portugal ndetse akaba ari nawe washinze ishyaka ry’abasosiyalisiti, yitabye Imana ku myaka 92 y’amavuko. Iki gihugu kikaba cyatangaje icyunamo cy’iminsi 3 mu gihugu hose guhera kuri uyu wa Mbere mu gihe azashyingurwa kuwa Kabiri. Mu 1976, yabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere nyuma ya kudeta, agira uruhare mu kuyobora igihugu […]

Umuhanzikazi Bad black yahaye abakunzi be izina rishya riteye urujijo

Umuhanzikazi uzwi nka Bad black mu gihugu cya Uganda akomeje kugaragaza udushya tudasanzwe , aho nyuma yo kwiyita bad black yasabye abakunzi be ko ntawe ashaka kongera kumva amuhamagara Bad Black ahubwo ko ari akanyamuongo gato. Uyu muhanzikazi yatangaje ibi nyuma yo kuva mu buroko aho yari amaze igihe akurikiranyweho ibyaha byo gucuruza magendu n’ibindi […]

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kuva muri Gambia

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo bari mu gihugu cya Gambia kuhava mu gihe hakomeje kwikangwa imirwano yo gukuraho perezida Yahya Jammeh uherutse kwanga ibyavuye mu matora. Nyuma yo gutsindwa amatora yo kuwa 01 Ukuboza 2016, perezida Yahya Jammeh yemeye ko yatsinzwe ariko nyuma aza kwisubira yanga ibyavuye mu matora avuga ko yibwe […]

Ibyo wamenya ku cyaha cya ruswa mu Rwanda muri 2016

Muri gahunda ya leta y’u Rwanda harimo guhashya ruswa mu nzego zose ndetse no guhana abanyabyaha bafatiwe muri iki cyaha, urwego rw’umuvunyi rutangaza ko mu mwaka ushize wa 2016 Inkiko zo mu Rwanda zakiriye ibyaha bifitanye isano na ruswa 121, ibi ni hafi kimwe cya kabiri cy’ibyari byagaragaye muri 2015. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urwego rw’umuvunyi ruvuga […]

Siporo Rusange ya mbere muri 2017 yitabiriwe bidasanzwe – Amafoto

Nk’uko bisanzwe muri siporo rusange ngarukakwezi, Abanyakigali kuri uyu wa 08 Mutarama bongeye guhurira ahantu hatandukanye bakora siporo guhera saa moya za mugitondo, ndetse habaho n’igikorwa cyo gupima indwara zitandura nka diabete n’izindi. Nk’uko bisanzwe na none, abaturage bo mu mujyi bahuriye muri Car Free Zone mu mujyi rwagati bererekeza kuri SOPETRAD bagana ku cyicaro […]

Amajyepfo: Abarimu barasabwa kwirengagiza ibibazo bafite bagakunda umwuga bakora kurushaho

Mu muhango wo gutangiza ku itorero ry’Indemyabigwi rigizwe n’abarezi bo mu mashuri abanza, ay’isumbuye ndetse n’ay’imyuga mu karere ka Ruhango, Guverineri Mureshyankwano yagarutse ku kibazo abarimu bakunze kugaragaza nk’imbogamizi kijyanye n’umushahara udahagije, aho yabasabye gukora nk’abitanga bakirengagiza ibyo bibazo kuko bigikurikiranwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverineri Mureshyankwano yagize ati”tuziko mwitanga cyane mu kazi kanyu ka buri munsi. […]

RDC: Mu ntara za Kasai abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane kuva muri Kanama 2016

Abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu Ntara za Kasai yo Hagati n’a Kasai y’Iburasirazuba kuva muri Kanama 2016 nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’ubutabazi by’Umuryango w’Abibumbye, OCHA. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuhuzabikorwa ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri uyu muryango, Mamadou Diallo, yavuze ko ibihumbi by’abaturage batuye mu ntara zavuzwe bugarijwe n’ubugizi bwa nabi bwatangiye […]

Kayonza: Mukiga Musare akurikiranyweho icyaha cyo kwigana amafaranga

Polisi ikorera mu karere ka Kayonza yataye muri yombi umugabo witwa Mukiga Musare w’imyaka 31 y’amavuko akurikiranyweho gutunga amafaranga y’amahimbano agera ku bihumbi 160 by’amafaranga y’u Rwanda yari agizwe n’ inote 32 z’amafaranga 5000 z’mpimbano. Uyu mugabo yafashwe mu ijoro ryo ku italiki 6 Mutarama, mu kagari ka Kayonza, mu murenge wa Mukarange ubu akaba […]

Aryamana n’umuhungu we rimwe mu cyumweru kugirango ubutunzi bwabo bwiyongere

Banda Yvonne, umugore w’imyaka 52 y’amavuko ukomoka muri Zimbabwe, yahishuye ko amaze imyaka 14 buri uwa Gatatu aryamana n’umuhungu we, ibyo ngo bikaba bifasha uwo musore gukomeza gutera imbere mu butunzi. Umupfumu ngo akaba yarabwiye uyu muhungu we, ko rimwe gusa mu cyumweru bihagije akabona ubwambure bwa nyina kugirango abashe gukomeza gutera imbere, ndetse ko […]

Nshaka umukobwa ufite imyaka 35, wize kaminuza ufite n’akazi- Ushaka umukunzi

Ndi umusore ukuze hejuru ya 35 ,umukobwa nshaka ni uguhera kuri 30 ntakibazo nubwo yaba munsi yaho yarize kaminuza afite na kazi,narize kaminuza mfite na kazi ikigali karinganiye kadafite icyo gatwaye. umukobwa ufite gahunda yanyandikira in box tugahana contact telephonique, Email: habimanajeanpaul849@yahoo.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no […]

Imyitozo igaragaza ubuhangange bw’Abakomando (Sipecial Force) b’Abarusiya-AMAFOTO

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu byambere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye(UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize J8,kandi kikaba ari n’igihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uku kuvuga rikijyana si ukuba gifite ubukungu […]

Ku myaka 50, Janet mushiki wa Michael Jackson yibarutse umwana wa mbere

Ku wa kabiri w’iki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2017, nibwo Janet Jackson yibarutse umwana we w’imfura yabyaranye n’umunyemari, Wissam Al Mana, ukomoka muri Qatari. Uyu mwana wavutse mu cyo ababyeyi be bombi bise ko ari ibitangaza, bitewe n’imyaka nyina yari agize nta kizere yaragifite ko azabona ikibondo, bahise bamwita Eissa Al Mana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Shadia Mahirwe yahishuye ko yaryamanaga n’umutoza Grace Nyinawumuntu

Umutoza Grace Nyinawumuntu wamenyekanye cyane nk’umutoza wa AS Kigali ndetse n’ikipe y’igihugu y’abagore, yandagajwe n’umwe mu bakinnyi yatozaga, Uwamahirwe Shadia, wamushinjije ibikorwa by’ubutinganyi ndetse banakoranaga uko ari babiri. Ibi bikaba bibaye mu gihe iki kibazo cyakunze kuvugwa ariko nyir’ubwite akabihakana ndetse akaba mu 2015 yaranageze aho arega imwe mu maradiyo yatangaje aya makuru. Ubwo uyu […]

Nibona nk’inyamaswa y’inkazi- Zlatan Ibrahimovic

Zlatan Ibrahimovic, umusore ukinira ikipe ya Manchester Utd, avuga ko muri iyi minsi ahagaze neza ndetse ko nawe yireba akibona nk’inyamaswa. Uyu musore ukomoka muri Suede, yatangaje ibi mu gihe yatowe nk’umukinnyi witwaye neza mu kwezi ku Ukuboza 2016, abaterankunga ba Man Utd bakaba aribo bamuhisemo nk’umukinnyi mwiza w’uko kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko ikinyamakuru Goal […]

Umwana warushaga abandi umutwe munini ku isi, yawubazwe uvamo litiro 3 zirenga -AMAFOTO

Mrityunjay Das, ni umwana w’umuhungu ufite amezi 7 y’amavuko, ababyeyi be bakomoka mu gihugu cy’Ubuhinde, uyu mwana akaba yabazwe n’inzobere z’abaganga bo muri icyo gihugu bamuvomamo litiro 3 z’amazi dore ko yari afite umutwe munini kurusha abandi bana batuye iyi si. Uyu mwana yavukanye amazi mu mutwe we, uburwayi buzwi ku izina rya “Hydrocephalus”. Akaba […]

Ese icyemezo cyo kohereza umugogo wa Kigeli mu Rwanda cyubahirije amategeko ?

Kuwa Gatatu itariki 04 Mutarama 2017, nibwo Urukiko rwo muri Leta zunze bumwe za Amerika rwemeje ko umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa wakoherezwa mu Rwanda. Urukiko rwa Fairfax County muri Leta ya Virginia rwafashe icyo cyemezo nyuma yo kumva ibisobanuro byatanzwe n’impande ebyiri zajyaga impaka ku hantu umugogo w’Umwami Kigeli watabarizwa. Uruhande rwa mbere rwari […]

Gisagara: Abarundi n’ubundi bazanaga inkoko n’ibishyimbo ntacyo baduhombeje

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buvuga ko ntacyo abaturage babo bahombye cyangwa ngo bahungabaneho nyuma y’uko u Burundi bufunze imipaka ngo kuko n’ubundi Abarundi bazanaga amatungo magufi cyangwa ibishyimbo gusa bityo bikaba ntacyo byahungabanya ku mibereho y’abatuye aka Karere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yahaye umunyamakuru wa bwiza.com , Umuyobozi w’Akarere Rutaburingoga Jerome yavuze ko ubusanzwe Abarundi […]

U Rwanda na Sà£o Tomé na Prà­ncipe byasinye amasezerano y'ubufatanye

U Rwanda na SĂ ÂŁo TomĂ© na Prà­ncipe byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kongera ingufu zabo mu Muryango w’Afrika yunze ubumwe, ubukerarugendo, umutekano n’ubwikorezi bwo mu kirere. Umuhango wabareye Sao Tome, umurwa mukuru wa SĂ ÂŁo TomĂ© et Prà­ncipe, abashyize umukono ku masezerano akaba ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, na mugenzi […]

Hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro

Mu Rwanda hagiye gutangira gukoreshwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu gihe kugeza ubu 80% byabakora ubucukuzi bagikoresha uburyo bwa gakondo . Ibi bikaba byaratangajwe na minisiteri y’umutungo kamere ubwo yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Bimwe mu bibazo bikunze kugaragara mu bakora umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro birimo ibikoresho byifashishwa muri uyu mwuga bihenze, impanuka […]

Sudani y’Epfo: Gen Tanginye wari umuyobozi w’inyeshyamba yiciwe mu mirwano

Umuyobozi w’inyeshyamba muri Sudani y’Epfo, Gen. Gabriel Tanginye, byemejwe ko yaguye mu mirwano yahuje imitwe yitwaje intwaro kuri uyu wa Gatatu ushize, nk’uko byemejwe na minisitiri w’itangazamakuru Micheal Makuei i Juba kuri uyu wa Gatanu. Minisitiri Michael yavuze ko ingabo za Gen. Johnson Olony zarwanye n’iza Gen. Tanginye, kuri ubu ziyobowe na Dr Lam Akol, […]

Burera: Akarere ntacyo kinjiza mu bucyerarugendo nubwo gafite ibyiza nyaburanga

Akarere ka Burera gaherereye mu majyaruguru y’u Rwanda, ni kamwe mu dufite ibice byinshi bibereye ijisho bishobora kubyazwa umusaruro mu buryo bw’ubukerarugendo; ahanini byiganjemo ibiyaga bya Burera na Ruhondo ndetse n’igice kinini kigizwe n’imisozi. Uzengurutse ikiyaga cya Burera, ukareba imisozi igikikije ushobora kwibaza ko cyaba amahirwe adasanzwe mu kwinjiza amadevize ya ba mukerarugendo ukurikije uko […]

Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside

Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma y’uko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. […]

Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamasheke ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi eshanu bazivanye ku mazu mu karere ka Karongi. Abakurikiranweho iki cyaha ni Alexis Bikorimana, ufite imyaka 36 y’amavuko na Vincent Habimana,ufite imyaka 27 y’amavuko. Aba bombi bafatiwe mu kagari ka Nyarusange, ho mu murenge wa Kirimbi ku itariki 5 Mutarama uyu […]

Umwaka wa 2016 usize gahunda z’umuhora wa Ruguru mu marembera

Umuhora wa ruguru cyangwa Northern Corridor mu rurimi rw’icyongereza ni kamwe mu duce tugize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba gaherereye mu Majyaruguru y’Uburasirazuba bw’aka karere ka Afurika y’Uburasirazuba. Dukurikije uko aka karere gateye mu buryo bwa ki jewogarafia, usanga Sudani y’epfo, Uganda, Kenya n’u Rwanda aribyo bihugu biza muri uyu muhora wa ruguru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tanzania, […]

Muhanga: Hatangijwe ku mugaragaro itorero ry'abarimu

Ku gicamunsi cyo kuwa kane tariki ya 5/1/2017 mu Murenge wa Shyogwe Akarere ka Muhanga ahari kubera itorero ry’abarimu, Umuyobozi w’Akarere ari kumwe n’inzego z’umutekano batangije iryo torero ku mugaragaro. Umuyobozi w’Akarere ashima uburyo bitabiriye ku kigereranye cya 80% kandi abandi bakaba bakiza, akomeza ababwira ko insanganyamatsiko y’itorero ari ‘’Uruhare rw’umurezi mu kubaka u Rwanda […]

Rubavu: Umugore yafashwe atwaye urumogi mu gihaza

Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe umugore wari utwaye udupfunyika tw’urumogi 1300 mu gihaza nyuma yo kwihindura umucuruzi wabyo. Nk’uko umuyobozi wa Polisi mu karere ka Rubavu, Senior Superintendent of Police (SSP) Callixte Kalisa abitangaza, umugore witwa Mukansonera Geraldine yafashwe ku italiki ya 5 Mutarama ku mupaka wa La Corniche yihinduye umucuruzi w’ibihaza ariko […]

Dore uburyo 6 umugabo ashobora gukoramo imibonano mpuzabitsina umugore we akanyurwa

Akenshi benshi benshi bibwira ko imibonano mpuzabitsina ari imbaraga nyinshi cyane ibintu bakabigira intambara, ariko si ko biri, imibonano mpuzabitsina ni mu mutwe, ibintu ukabitwara gake ubundi ukanezeza umugore kakahava. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1. Uretse gutegurana mukorakoranaho mu gihe mugiye kwinjira muri icyo gikorwa,ni na byiza cyane ko musomana kandi mu bwitonzi kuko buriya iyo usomye […]

Abana b’impanga bavutse mu myaka ibiri itandukanye (2016 na 2017)

Sawyer Matthew na Everett Jackson ni abana b’impanga bavutse mu myaka ibiri itandukanye 2016 na 2017, bitewe n’uko umwe yavutse umwaka wa 2016 ubura iminota mike ngo urangire undi ajya kuvuga undi watangiye ( kuri bonne annĂ©e ). Ikinyamakuru 7sur 7 gitangaza ko Sawyer Matthew yavutse ku wa 31 Ukuboza 2016 ku isaha ya 23:51, […]

Ababitsi b’impapuro z’ubutaka basabwe kwitwararika kuri ruswa iba muri uru rwego

Ibi byagarutsweho na perezida w’urukiko rw’ikirenga Prof Sam Rugege mu muhango wo kurahiza Ababitsi b’impapuro mpamo z’ubutaka 5 kuri uyu wa 06 Mutarama 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abarahiye ni Nishimwe Marie Grace, Mukamana Esperance, Mukunzi Augustin Emmanuel, Muyombano Sylvain na Muvara Protais. Aba bose bazakorera imirimo yabo ku biro by’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutungo kamere. Mu butumwa […]

Burera: Ikibazo cy'abana b’abakobwa batwara abagabo b'abandi cyafashe indi ntera

Ubusanzwe gushaka abagore barenze umwe, ni igikorwa kitemewe n’amategeko yo mu Rwanda. Gusa nubwo iki kintu kitemewe, kiracyagaragara mu duce tumwe na tumwe two hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu bice by’icyaro. Akarere ka Burera, ni kamwe mu turere tugize intara y’Amajyaruguru tukirangwamo uyu muco ku kigero kiri hejuru aho usanga abana b’abakobwa […]

Donald Trump yaba yirukanye b’Ambasaderi bose bashyizweho na Obama

Donald Trump uri kwitegura kuyobora Amerika yasabye abahagarariye iki gihugu mu mahanga bashyizwe muri ako kazi na perezida ucyuye igihe Barack Obama kuzaba bamaze bose gusezera mu kazi mbere y’uko azaba arahirira kuyobora nka perezida w’Amerika wa 45. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya makuri yatangajwe n’Ambasaderi w’Amerika mu gihugu cya New Zealand kuri uyu wa 06 Mutarama […]

Ubucuruzi bw’amazi ava mu Rwanda butunze benshi muri Congo harimo n’abaminuje

Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu ruvuga ko abarangije amashuri na Kaminuza byo mu Rwanda bakwiye kureka umwirato bakigira kubanyekongo bo baharanira gukora ikibaha umugati icyo aricyo cyose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkurunziza Pierre bakunze kwita Damacsene akorera ku umupaka munini uhuza u Rwanda na Kongo i Rubavu. Akora akazi ko kwikorera imizigo, ayitwaje abantu bambuka n’abaza […]

ADEPR igiye gutanga amagare mu Rwanda hose

Abafashamyumvire (abajyanama) bibumbiye mu matsinda yo kugurizanya bagiye guhabwa amagare n’itorero rya ADEPR mu rwego rwo kugirango basohoze inshingano zabo. Mu rwego rwo kugumya gukora ibikorwa bifasha abaturage kwiteza imbere, ADEPR igiye gutanga amagare nk’inkunga mu ntara n’uturere 30 tugize igihugu, aho aya magare azahabwa abitwa abafashamyumvire (abajyanama) mu bijyanye n’iterambere mu matsinda 5500 yo […]

Uganda: Umwe mu barinzi bafunganywe n’umwami wa Rwenzururu yapfuye

Umwe mu barinzi 152 bafunganywe n’umwami wa Rwenzururu nyuma y’intambara yahuje ubu bwami n’igisirikari cya leta ya Uganda yaguye mu munyururu aho bafungiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi w’amagereza mu gihugu cya Uganda, Frank Baine yemeje ko umwe muri aba barinzi witwa Yosam Bagheni wari ufite imyaka 65 yishwe n’indwara ya malariya y’ubwonko nyuma y’icyumweru yari amaze […]

Bidasubirwaho umuhanzi Nicky Minaj yatandukanye n’uwari umukunzi we

Kuri uyu wa 6 Mutarama 2017, nibwo umuhanzi w’ikirangirire ku mugabane w’Amerika Nicky Minaj yatangaje ko nta mukunzi agira nyuma yo gushwana n’uwo bakundanaga guhera mu mpera z’umwaka washize wa 2016. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko mu mpera z’umwaka wa 2016, uyu muhanzikazi yatangaje ko uyu mwaka wa 2017 ugomba gutangira ari wenyine. Aya makimbirane hagati […]

Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 5)

UMUMARO WARYO. Tuzi yuko ibyo amategeko avuga byose abibwira abatwarwa na yo, kugira ngo akanwa kose kazibwe, kandi abari mu isi bose batsindirwe n’urubanza imbere y’Imana, ABAROMA 3:19. Reka ubanze wumve neza iki cyanditswe! Ibyo amategeko avuga byose abibwira abatwarwa nayo.Ntabwo ibyo amategeko avuga abibwira abantu bose,kandi nta kintu na kimwe amategeko abwira abadatwarwa nayo.Umumaro […]

Abana 2 bo mu mashuri abanza biyahuye nyuma yo gusanga barateranye inda

Muri Kenya haravugwa inkuru y’abana 2 b’inshuti bafashe icyemezo cyo kwiyahura ndetse bakanabishyira mu bikorwa ku munsi w’ejo tariki ya 5 Mutarama 2017, nyuma yo gusanga umwe yarateye undi inda. Aba bana 2 batatangajwe amazina barimo umuhungu ubarirwa mu kigero cy’imyaka 14 na mugenzi we w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko, baravugwaho kuba bari bakiga mu mwaka […]

Umupasiteri wafunzwe ashaka gukubita nyirabukwe, ngo ntaho ahuriye na ADEPR

Mu gihe hari amakuru yavugaga ko umupasiteri witwa Hakizimana Stephen, yafunzwe na polisi y’u Rwanda ashinjwa gushaka gukubita nyirabukwe ko yaba ari uw’itorero rya ADEPR, ubuyobozi bw’iri torero ryayahakanye ndetse ko butanamuzi. Pasiteri Niyitanga Salton, Umuyobozi w’ishami ry’ivugabutumwa n’ubuzima bw’itoreromuri ADEPR yahakanye avuga ko uyu mupasiteri atari uwa ADEPR muri aya magambo: “Amakuru yavugwaga ko […]

Algeria na Uganda byaciye agahigo ko kugira abami ba ruhago 2016 muri Afurika

Umukinnyi Riyad Mahrez ukomoka mu gihugu cya Algeria niwe waciye agahigo ko kuba umwami wa ruhago ku mugabane w’Afurika muri 2016. Mu nama yabereye Abuja muri Nigeria kuri uyu wa 5 Mutarama 2017 y’abagize urugaga rw’inama mpuzamahanga mu mupira w’amaguru, yemeje ko uyu mukinnyi Riyad Mahrez ariwe witwaye neza mu marushanwa atanduukanye yagiye abera girya […]

Burundi: LONI yamaganye icyemezo kigamije gufasha imbonerakure gukomeza kwica abaturage

Umuryango w’Abibumbye wihanangirije igihugu cy’u Burundi ugisaba kwisubiraho kigahindura icyemezo giherutse gufatwa cyo guhagarika umuryango Ligue Iteka bivugwa kigamije guha agahenge imbonerakure igisirikare n’igipolisi ngo bakomeze gukorera iyicarubozo abatavuga rumwe na leta ya Nkurunziza no kubacecekesha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Leta y’u Burundi iherutse guhagarika umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wakoreraga mu Burundi witwa Ligue Iteka, leta […]

Nyuma yo kwica Osama Bin Laden, ubu USA irashakisha umuhungu we

Urwego rushinzwe ubutasi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika bwatangaje ko bufite ku rutonde rw’umukara (liste noir), Hamza Ben Laden, umuhungu wa Bin Laden, nk’umwe mu bo bafite ku rutonde rw’abiyahuzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rwego rwa USA, rwatangaje ibi kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Mutarama 2017, ko Hamza Ben Laden w’imyaka 25 y’amavuko […]

Rulindo: Babiri bafatanwe ibiro 400 by’amabuye y’agaciro bibye

Mu gikorwa cy’umukwabu cyabaye tariki ya 4 Mutarama, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo yafatanye abagabo babiri ibiro 419 by’amabuye y’agaciro yitwa Cassiterite ya sosiyeti yitwa “Rutongo Mining Company” iyacukura mu karere ka Rulindo . Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rulindo Superintendent of Police (SP) Aphrodis Gashumba,yagize ati:” abafashwe ni […]

Nkurunziza natavaho vuba azavaho ku ngufu, aho turi ntabwo turera amaboko- Gén. Habarugira & Niyombare

Iyi ni imvugo ya GĂ©n. Philbert Habarugira na Gen Niyombare abasirikare b’u Burundi bahunze nyuma y’ipfuba rya Coup d’Etat yo ku wa 13 Gicurasi 2015. GĂ©n. Philbert Habarugira, we akaba yaravugaga ko uretse we ubwe, hari n’abandi basirikare bakomeye bahunze kandi bafite inyota yo kuzagaruka baza barwana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aganira na Vertsinfo, GĂ©n. Philbert Habarugira […]

Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina

Abantu benshi bakunze kwibaza iki kibazo. Nyamara uko barushaho kukibaza ni nako batumva kimwe igisubizo kuko buri wese ashobora kugisubiza bitewe n’amarangamurima ye cyangwa uko abyumva. Gusa birumvikana ko uko byagend kose umugore atagomba guhita akora imibonano mpuzabitsina akibyara kuko hari impinduka ziba zikiri mu myanya myibarukiro ye, impinduka mu mitekerereze n’ibindi bigomba kubanza guhinduka […]

Perezida Kagame azitabira ubutumire bwa minisitiri w'intebe w'Ubuhinde

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017, Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku butumire bwa minisitiri w’intebe w’Ubuhinde Narendra Modi watumiye u Rwanda mu nama ku bukungu izaba ibera muri iki gihugu [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama izitabirwa n’abashoramari batandukanye baturutse mu bice […]

Gisagara: E-KAYE,intwaro yo kurwanya akarengane no gutanga serivise inoze

Mu rwego rwo gutanga serivise zinogeye abaturage hashyizweho E-KAYE nk’intwaro yo kurwanya akarengane na ruswa bifasha kumenya niba uwagannye ubuyobozi yakiriwe neza. Gahunda bise E-KAYE (Eletronic Book) ifasha akarere gutanga amakuru ko umuturage wagannye inzego z’ubuyobozi yakiriwe neza,ibi bikaba bikorwa kuva ku Kagari kugeza ku Karere aho umuturage wagannye ubuyobozi bimenyekana niba yakiriwe neza .Ibi […]

Burundi: Col. Léopold Hatungimana yatumye ibintu bizamba muri gereza ya Gitega

Ku wa Gatatu tariki ya 4 Mutarama 2017, ubwo Col. LĂ©opold Hatungimana bakunda kwita Muporo yari ajyanwe bamwimuriye mu yindi gereza, nibwo izindi mfungwa zigaragambije, zisaba ko agarurwa. Iyo myigaragambyo yatumye icyo gikorwa gisubikwa, Col. LĂ©opold Hatungimana, ubu afunze ashinjwa gukorana bya hafi n’abasirikare n’abandi bagiye bagaragaza ukurwanya perezida Nkurunziza kuri manda ye ya gatatu […]

Nyarugenge: Batanu bakekwaho kwiba ikigo cy’amashuri cya GS Nzove batawe muri yombi

Abagabo 5 barimo Ndahayo Martin w’imyaka 32, Nambajimana Celestin w’imyaka 31, Ndagijimana Cyprien w’imyaka 27, Rubayiza Donat w’imyaka 41 ndetse na Ndagijimana Valens w’imyaka 37, bafungiye kuri Sitasiyo ya Kigali bakurikiranyweho kwiba ibikoresho bitandukanye byo mu kigo cy’amashuri kisumbuye cya GS Nzove giherereye mu murenge wa Kanyinya, akarere ka Nyarugenge. Aba bagabo bakurikiranyweho kwiba ibikoresho […]

Nyuma yo kwigumura ku irushanwa, Pepiniere Fc yagarutse mu kibuga

Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA rwakomoreye ikipe ya Pepiniere riyemerera kwakirira imikino ya shampiyona y’ u Rwanda icyiciro cya mbere ku kibuga cyayo nyuma y’ igihe yambuwe ubu burenganzira. Kuri uyu wa 5 Mutarama nibwo FERWAFA yongeye gusubiza iyi kipe uburenganzira bwo kwakirira imikino ku kibuga cyayo cya Ruyenzi. Ibi bibaye nyuma […]

Esipanye: Uko hizihizwa umunsi wahariwe inyanya wiswe Tomatina (mu mafoto)

Mu gihugu cya esipanye haba igikorwa ngarukamwaka cyo kumenagura inyanya nzihishije, aho byibuze buri muryango ubasha kuzana inyanya njyinshi zishoboka zo gukoresha muri iki gikorwa. Iki gikorwa kiba kigaije guhindura umujyi nk’amaraso hifashishijwe inyanya, aho abaturage babarirwa mu bihumbi bahurira hamwe bakazivurugutamo bakaziterana ku buryo nta kintu na kimwe gisigarana ibara ryacyo kamere. Muri uyu […]

Isengesho “Dawe uri mu ijuru” rigufasha iki mu buzima bwawe bwa gikiristu

Isengesho rya gikristu rishingiye ku Mana Data. Usenga abanza kureba uwo abwira akaza kwireba nyuma. Ashaka rero ko izina ry’ Imana ryubahwa , ingoma yayo ikogera hose . Ugushaka kwayo kugakorwa mu nsi nko mu ijuru . Icyo ni igice cya mbere aho umukristu areba Imana, akinjira mu mugambi wayo agaharanira gukora ugushaka kwayo. « […]

Ubushakashatsi, abaturanye n’imihanda minini bafite akaga ko gusara

Akavuyo k’imodoka ny’inyinshi gatera indwara zo mu mutwe zishobora no kugera k’ubusazi, abantu baturanye n’imihanda minini bagaragajwe nk’abari mu kaga gakomeye, aba ngo ngo bafite akaga gashingiye ku kubura ubwenge mu byo bigishwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Lancet, cyandikira kuri interineti buvuga ko 11% by’abaswa bo ku isi baba batuye muri metero 50 […]

Kigali: Mu mezi 3 gusa, abakorera ahatarabugenewe barafungirwa imiryango

Nyuma y’uko bigaragaye ko umujyi wa Kigali uri kuzamuka ku muvuduko udasanzwe mu bikorwa remezo birimo n’inyubako zijyanye n’igihe ziganjemo iz’ubucuruzi, umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye guhangana n’abantu bagikorera mu nzu zitagenewe ubucuruzi kandi hari izabugenewe zitari gukorerwamo. Mu gihe inyubako zirimo iya Makuza peace Plaza, Kigali heights, Chic n’izindi ziri mu mujyi wa […]

Musanze: Abahabwa inzitiramibu basabwa kuzikoresha icyo zagenewe

Abaturage barimo guhabwa inziramibu mu karere ka Musanze barasabwa kuzikoresha icyo zagenewe kuko byagaragaye ko hari bamwe bazigurisha abandi bakazikoramo inzu z’inkoko kandi igihugu kiba cyarazitanzeho amafaranga atari make. Ibi bitangajwe mu gihe indwara ya Maraliya ikomeje kwiyongera hirya no hino mu Rwanda kandi iyi ndwara ikaba ikunze kuzahaza abaturage cyane cyane abana bari munsi […]

Uganda: batandatu bibye kwa perezida Museveni bari mu mazi abira

Umar Mugerwa, Coleb Ahimbisibwe, Yokaana Muwanguzi, Jereme Semugenyi, Godwin Arinaitwe na Isa Mutabike nibo bari mu mazi abira nyuma y’uko batawe muri yombi bashinjwa kugerageza kwiba kwa perezida wa repubulika ya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urukiko rwo mu karere ka Sembabule rwagejejweho ikirego cy’abantu batandatu bashinjwa kwiba insinga z’amashyanyarazi mu ifamu ya perezida Yoweli Kaguta Museveni […]