Ikipe ya Pepiniere igarukanye umwaku mu kibuga
Mu mukino wa mbere w’ikipe ya Pepiniere kuva aho igarukiye mu kibuga kuri uyu wa 8 mutarama 2017, ntubashije kuyigendekera neza aho ikipe ya Rayon Sports iyitsinze ibitego 3-1 kuri kimwe, iyi kipe ikaba ikomeje kuza ku mwanya wa nyuma mu irushanwa dore ko na bamwe mu bakinnyi bayo basaga n’abigendeye burundu. Iyi kipe ya […]
Burera: Akarere nyaburanga kavumburwa nâuwihanganiye urugendo
Akarere ka Burera ni kamwe mu turere tubitse ibyiza nyaburanga muri iki gihugu, ariko bibonwa nâubasha kwihanganira urugendo. Nta gushidikanya ko imigendekere yako yaba ivutsa bamwe ubwo burenganzira bwo kumenya ibyiza bitatse urwa Gasabo. Ikirunga cya Muhabura, umupaka wa Cyanika, ikiyaga cya Burera, igishanga cyâurugezi, ibitaro bya Butaro, igicumbi cya Nyabingi nâibindi, nibyo bifata umwanya […]
Zimbabwe:Uwungirije perezida Mugabe ari mu mazi abira azira ifoto
Uwungirije perezida Mugabe yasabwe gutanga ibisobanuro ku ifoto yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga igaragaza ko uyu mugabo yaba ashaka kwiyitirira ubutegetsi bwa perezida Robert Mugabe wâimyaka 92 kuri ubu uri mu biruhuko byâakazi bisoza umwaka mu gihugu cyâUbushinwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ifoto ya Visi perezida wâigihugu cya Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga agaragara afite igikombe […]
Abashumba bo muri Kenya bashinjwa kwinjirana imbunda muri Uganda bakazigurisha nâabaturage
Igisirikare cya Uganda UPDF cyatangajwe ko kigiye kwirukana Abanyakenya basgaa 2000 baba muri kiriya gihugu ndetse nâabari mu nkengero zacyo bitwaza ko baje kuragira bakazana ibirwaniro byo kugura nâabaturage ba Uganda. Abaturage bo mu gihugu cya Kenya biganjemo abashumba ndetse nâimiryango yabo batangiye kwinjira muri Uganda guhera mu myaka yashize, kuri ubu hakaba habarurwa abasaga […]
Mario Soares wahoze ari perezida wa Portugal yitabye Imana ku myaka 92
Mario Soares, wahoze ari perezida wa Portugal ndetse akaba ari nawe washinze ishyaka ryâabasosiyalisiti, yitabye Imana ku myaka 92 yâamavuko. Iki gihugu kikaba cyatangaje icyunamo cyâiminsi 3 mu gihugu hose guhera kuri uyu wa Mbere mu gihe azashyingurwa kuwa Kabiri. Mu 1976, yabaye Minisitiri wâIntebe wa mbere nyuma ya kudeta, agira uruhare mu kuyobora igihugu […]
Umuhanzikazi Bad black yahaye abakunzi be izina rishya riteye urujijo
Umuhanzikazi uzwi nka Bad black mu gihugu cya Uganda akomeje kugaragaza udushya tudasanzwe , aho nyuma yo kwiyita bad black yasabye abakunzi be ko ntawe ashaka kongera kumva amuhamagara Bad Black ahubwo ko ari akanyamuongo gato. Uyu muhanzikazi yatangaje ibi nyuma yo kuva mu buroko aho yari amaze igihe akurikiranyweho ibyaha byo gucuruza magendu nâibindi […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kuva muri Gambia
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo bari mu gihugu cya Gambia kuhava mu gihe hakomeje kwikangwa imirwano yo gukuraho perezida Yahya Jammeh uherutse kwanga ibyavuye mu matora. Nyuma yo gutsindwa amatora yo kuwa 01 Ukuboza 2016, perezida Yahya Jammeh yemeye ko yatsinzwe ariko nyuma aza kwisubira yanga ibyavuye mu matora avuga ko yibwe […]
Ibyo wamenya ku cyaha cya ruswa mu Rwanda muri 2016
Muri gahunda ya leta yâu Rwanda harimo guhashya ruswa mu nzego zose ndetse no guhana abanyabyaha bafatiwe muri iki cyaha, urwego rwâumuvunyi rutangaza ko mu mwaka ushize wa 2016 Inkiko zo mu Rwanda zakiriye ibyaha bifitanye isano na ruswa 121, ibi ni hafi kimwe cya kabiri cyâibyari byagaragaye muri 2015. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urwego rwâumuvunyi ruvuga […]
Siporo Rusange ya mbere muri 2017 yitabiriwe bidasanzwe – Amafoto
Nk’uko bisanzwe muri siporo rusange ngarukakwezi, Abanyakigali kuri uyu wa 08 Mutarama bongeye guhurira ahantu hatandukanye bakora siporo guhera saa moya za mugitondo, ndetse habaho nâigikorwa cyo gupima indwara zitandura nka diabete nâizindi. Nkâuko bisanzwe na none, abaturage bo mu mujyi bahuriye muri Car Free Zone mu mujyi rwagati bererekeza kuri SOPETRAD bagana ku cyicaro […]
Amajyepfo: Abarimu barasabwa kwirengagiza ibibazo bafite bagakunda umwuga bakora kurushaho
Mu muhango wo gutangiza ku itorero ryâIndemyabigwi rigizwe nâabarezi bo mu mashuri abanza, ayâisumbuye ndetse nâayâimyuga mu karere ka Ruhango, Guverineri Mureshyankwano yagarutse ku kibazo abarimu bakunze kugaragaza nkâimbogamizi kijyanye nâumushahara udahagije, aho yabasabye gukora nkâabitanga bakirengagiza ibyo bibazo kuko bigikurikiranwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guverineri Mureshyankwano yagize atiâtuziko mwitanga cyane mu kazi kanyu ka buri munsi. […]
RDC: Mu ntara za Kasai abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane kuva muri Kanama 2016
Abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu Ntara za Kasai yo Hagati nâa Kasai yâIburasirazuba kuva muri Kanama 2016 nkâuko byatangajwe nâIbiro bishinzwe guhuza ibikorwa byâubutabazi byâUmuryango wâAbibumbye, OCHA. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâumuhuzabikorwa ushinzwe ibikorwa byâubutabazi muri uyu muryango, Mamadou Diallo, yavuze ko ibihumbi byâabaturage batuye mu ntara zavuzwe bugarijwe nâubugizi bwa nabi bwatangiye […]
Kayonza: Mukiga Musare akurikiranyweho icyaha cyo kwigana amafaranga
Polisi ikorera mu karere ka Kayonza yataye muri yombi umugabo witwa Mukiga Musare wâimyaka 31 yâamavuko akurikiranyweho gutunga amafaranga yâamahimbano agera ku bihumbi 160 by’amafaranga y’u Rwanda yari agizwe nâ inote 32 zâamafaranga 5000 zâmpimbano. Uyu mugabo yafashwe mu ijoro ryo ku italiki 6 Mutarama, mu kagari ka Kayonza, mu murenge wa Mukarange ubu akaba […]
Aryamana nâumuhungu we rimwe mu cyumweru kugirango ubutunzi bwabo bwiyongere
Banda Yvonne, umugore wâimyaka 52 yâamavuko ukomoka muri Zimbabwe, yahishuye ko amaze imyaka 14 buri uwa Gatatu aryamana nâumuhungu we, ibyo ngo bikaba bifasha uwo musore gukomeza gutera imbere mu butunzi. Umupfumu ngo akaba yarabwiye uyu muhungu we, ko rimwe gusa mu cyumweru bihagije akabona ubwambure bwa nyina kugirango abashe gukomeza gutera imbere, ndetse ko […]
Nshaka umukobwa ufite imyaka 35, wize kaminuza ufite nâakazi- Ushaka umukunzi
Ndi umusore ukuze hejuru ya 35 ,umukobwa nshaka ni uguhera kuri 30 ntakibazo nubwo yaba munsi yaho yarize kaminuza afite na kazi,narize kaminuza mfite na kazi ikigali karinganiye kadafite icyo gatwaye. umukobwa ufite gahunda yanyandikira in box tugahana contact telephonique, Email: habimanajeanpaul849@yahoo.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no […]
Imyitozo igaragaza ubuhangange bwâAbakomando (Sipecial Force) bâAbarusiya-AMAFOTO
Igihugu cyâUburusiya ni kimwe mu bihugu byambere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari kimwe mu bihugu bivuga rikijyana mu muryango wabibumbye(UN) aho kibarizwa mu bihugu bya mbere bikize J8,kandi kikaba ari nâigihugu cya kabiri gifite igisirikare gikomeye ku isi nyuma Leta zunze ubumwe za America. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uku kuvuga rikijyana si ukuba gifite ubukungu […]
Ku myaka 50, Janet mushiki wa Michael Jackson yibarutse umwana wa mbere
Ku wa kabiri wâiki cyumweru tariki ya 3 Mutarama 2017, nibwo Janet Jackson yibarutse umwana we wâimfura yabyaranye nâumunyemari, Wissam Al Mana, ukomoka muri Qatari. Uyu mwana wavutse mu cyo ababyeyi be bombi bise ko ari ibitangaza, bitewe nâimyaka nyina yari agize nta kizere yaragifite ko azabona ikibondo, bahise bamwita Eissa Al Mana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Shadia Mahirwe yahishuye ko yaryamanaga nâumutoza Grace Nyinawumuntu
Umutoza Grace Nyinawumuntu wamenyekanye cyane nkâumutoza wa AS Kigali ndetse nâikipe yâigihugu yâabagore, yandagajwe nâumwe mu bakinnyi yatozaga, Uwamahirwe Shadia, wamushinjije ibikorwa byâubutinganyi ndetse banakoranaga uko ari babiri. Ibi bikaba bibaye mu gihe iki kibazo cyakunze kuvugwa ariko nyirâubwite akabihakana ndetse akaba mu 2015 yaranageze aho arega imwe mu maradiyo yatangaje aya makuru. Ubwo uyu […]
Nibona nkâinyamaswa yâinkazi- Zlatan Ibrahimovic
Zlatan Ibrahimovic, umusore ukinira ikipe ya Manchester Utd, avuga ko muri iyi minsi ahagaze neza ndetse ko nawe yireba akibona nkâinyamaswa. Uyu musore ukomoka muri Suede, yatangaje ibi mu gihe yatowe nkâumukinnyi witwaye neza mu kwezi ku Ukuboza 2016, abaterankunga ba Man Utd bakaba aribo bamuhisemo nkâumukinnyi mwiza wâuko kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkâuko ikinyamakuru Goal […]
Umwana warushaga abandi umutwe munini ku isi, yawubazwe uvamo litiro 3 zirenga -AMAFOTO
Mrityunjay Das, ni umwana w’umuhungu ufite amezi 7 yâamavuko, ababyeyi be bakomoka mu gihugu cyâUbuhinde, uyu mwana akaba yabazwe nâinzobere zâabaganga bo muri icyo gihugu bamuvomamo litiro 3 zâamazi dore ko yari afite umutwe munini kurusha abandi bana batuye iyi si. Uyu mwana yavukanye amazi mu mutwe we, uburwayi buzwi ku izina rya âHydrocephalusâ. Akaba […]
Ese icyemezo cyo kohereza umugogo wa Kigeli mu Rwanda cyubahirije amategeko ?
Kuwa Gatatu itariki 04 Mutarama 2017, nibwo Urukiko rwo muri Leta zunze bumwe za Amerika rwemeje ko umugogo wâUmwami Kigeli V Ndahindurwa wakoherezwa mu Rwanda. Urukiko rwa Fairfax County muri Leta ya Virginia rwafashe icyo cyemezo nyuma yo kumva ibisobanuro byatanzwe nâimpande ebyiri zajyaga impaka ku hantu umugogo wâUmwami Kigeli watabarizwa. Uruhande rwa mbere rwari […]
Gisagara: Abarundi nâubundi bazanaga inkoko nâibishyimbo ntacyo baduhombeje
Ubuyobozi bwâAkarere ka Gisagara buvuga ko ntacyo abaturage babo bahombye cyangwa ngo bahungabaneho nyuma yâuko u Burundi bufunze imipaka ngo kuko nâubundi Abarundi bazanaga amatungo magufi cyangwa ibishyimbo gusa bityo bikaba ntacyo byahungabanya ku mibereho yâabatuye aka Karere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yahaye umunyamakuru wa bwiza.com , Umuyobozi wâAkarere Rutaburingoga Jerome yavuze ko ubusanzwe Abarundi […]
U Rwanda na SĂ ÂŁo TomĂ© na PrĂ Âncipe byasinye amasezerano y'ubufatanye
U Rwanda na SĂ ÂŁo TomĂ© na PrĂ Âncipe byashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu rwego rwo kongera ingufu zabo mu Muryango wâAfrika yunze ubumwe, ubukerarugendo, umutekano nâubwikorezi bwo mu kirere. Umuhango wabareye Sao Tome, umurwa mukuru wa SĂ ÂŁo TomĂ© et PrĂ Âncipe, abashyize umukono ku masezerano akaba ari minisitiri wâububanyi nâamahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo, na mugenzi […]
Cote d'Ivoire:Abahoze mu Gisirikare bigaruriye umugi wa Bouake basaba guhabwa amadolari 8000
Amakuru ava muri Cote d’Ivoire avuga ko hari imirwano ikomeye hafi yâikigo cya gisirikari giherereye mu mugi wa kabiri wiki gihugu. Mu mugi wa Bouake hari imirwano ikomeye yatangiye kuva ku umunsi wa 5, aho ihuje abahoze ari abasikare mu mwaka 2011,aba basirikare bakaba bafashe imihanda mikuru igana mu murwa mukuru wa Cote d’Ivoire. Bivugwa […]
Hagiye kujya hifashishwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw'amabuye y'agaciro
Mu Rwanda hagiye gutangira gukoreshwa ikoranabuhanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu gihe kugeza ubu 80% byabakora ubucukuzi bagikoresha uburyo bwa gakondo . Ibi bikaba byaratangajwe na minisiteri y’umutungo kamere ubwo yizihizaga umunsi mpuzamahanga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Bimwe mu bibazo bikunze kugaragara mu bakora umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro birimo ibikoresho byifashishwa muri uyu mwuga bihenze, impanuka […]
Sudani yâEpfo: Gen Tanginye wari umuyobozi wâinyeshyamba yiciwe mu mirwano
Umuyobozi wâinyeshyamba muri Sudani yâEpfo, Gen. Gabriel Tanginye, byemejwe ko yaguye mu mirwano yahuje imitwe yitwaje intwaro kuri uyu wa Gatatu ushize, nkâuko byemejwe na minisitiri wâitangazamakuru Micheal Makuei i Juba kuri uyu wa Gatanu. Minisitiri Michael yavuze ko ingabo za Gen. Johnson Olony zarwanye nâiza Gen. Tanginye, kuri ubu ziyobowe na Dr Lam Akol, […]
Burera: Akarere ntacyo kinjiza mu bucyerarugendo nubwo gafite ibyiza nyaburanga
Akarere ka Burera gaherereye mu majyaruguru yâu Rwanda, ni kamwe mu dufite ibice byinshi bibereye ijisho bishobora kubyazwa umusaruro mu buryo bwâubukerarugendo; ahanini byiganjemo ibiyaga bya Burera na Ruhondo ndetse nâigice kinini kigizwe nâimisozi. Uzengurutse ikiyaga cya Burera, ukareba imisozi igikikije ushobora kwibaza ko cyaba amahirwe adasanzwe mu kwinjiza amadevize ya ba mukerarugendo ukurikije uko […]
Lt Seyoboka yanze umwunganizi ugomba kumufasha mu rubanza aregwamo uruhare muri jenoside
Jean Claude Seyoboka ushinjwa uruhare muri jenoside woherejwe mu Rwanda aturutse muri Canada, yongeye gusaba urukiko rwa gisirikare kugumana umwunganizi yari afite kuva yazanwa. Ubwo yageraga mu rukiko rufite icyicaro I Nyamirambo kuri uyu wa Gatanu, aho ubushinjacyaha bwari bwasabaga ko yongererwa igihe cyo kuba afunze hagakomeza iperereza nyuma yâuko iminsi 30 yarangiye butarasoza iperereza. […]
Babiri batawe muri yombi bakekwaho kwiba mubazi zâamashanyarazi
Polisi yâu Rwanda mu karere ka Nyamasheke ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba mubazi zâamashanyarazi eshanu bazivanye ku mazu mu karere ka Karongi. Abakurikiranweho iki cyaha ni Alexis Bikorimana, ufite imyaka 36 yâamavuko na Vincent Habimana,ufite imyaka 27 yâamavuko. Aba bombi bafatiwe mu kagari ka Nyarusange, ho mu murenge wa Kirimbi ku itariki 5 Mutarama uyu […]
Umwaka wa 2016 usize gahunda zâumuhora wa Ruguru mu marembera
Umuhora wa ruguru cyangwa Northern Corridor mu rurimi rwâicyongereza ni kamwe mu duce tugize Umuryango wa Afurika yâUburasirazuba gaherereye mu Majyaruguru yâUburasirazuba bwâaka karere ka Afurika yâUburasirazuba. Dukurikije uko aka karere gateye mu buryo bwa ki jewogarafia, usanga Sudani yâepfo, Uganda, Kenya nâu Rwanda aribyo bihugu biza muri uyu muhora wa ruguru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Tanzania, […]
Muhanga: Hatangijwe ku mugaragaro itorero ry'abarimu
Ku gicamunsi cyo kuwa kane tariki ya 5/1/2017 mu Murenge wa Shyogwe Akarere ka Muhanga ahari kubera itorero ryâabarimu, Umuyobozi wâAkarere ari kumwe nâinzego zâumutekano batangije iryo torero ku mugaragaro. Umuyobozi wâAkarere ashima uburyo bitabiriye ku kigereranye cya 80% kandi abandi bakaba bakiza, akomeza ababwira ko insanganyamatsiko yâitorero ari ââUruhare rwâumurezi mu kubaka u Rwanda […]
Rubavu: Umugore yafashwe atwaye urumogi mu gihaza
Polisi ikorera mu karere ka Rubavu yafashe umugore wari utwaye udupfunyika twâurumogi 1300 mu gihaza nyuma yo kwihindura umucuruzi wabyo. Nkâuko umuyobozi wa Polisi mu karere ka Rubavu, Senior Superintendent of Police (SSP) Callixte Kalisa abitangaza, umugore witwa Mukansonera Geraldine yafashwe ku italiki ya 5 Mutarama ku mupaka wa La Corniche yihinduye umucuruzi wâibihaza ariko […]
Dore uburyo 6 umugabo ashobora gukoramo imibonano mpuzabitsina umugore we akanyurwa
Akenshi benshi benshi bibwira ko imibonano mpuzabitsina ari imbaraga nyinshi cyane ibintu bakabigira intambara, ariko si ko biri, imibonano mpuzabitsina ni mu mutwe, ibintu ukabitwara gake ubundi ukanezeza umugore kakahava. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1. Uretse gutegurana mukorakoranaho mu gihe mugiye kwinjira muri icyo gikorwa,ni na byiza cyane ko musomana kandi mu bwitonzi kuko buriya iyo usomye […]
Abana bâimpanga bavutse mu myaka ibiri itandukanye (2016 na 2017)
Sawyer Matthew na Everett Jackson ni abana bâimpanga bavutse mu myaka ibiri itandukanye 2016 na 2017, bitewe nâuko umwe yavutse umwaka wa 2016 ubura iminota mike ngo urangire undi ajya kuvuga undi watangiye ( kuri bonne annĂ©e ). Ikinyamakuru 7sur 7 gitangaza ko Sawyer Matthew yavutse ku wa 31 Ukuboza 2016 ku isaha ya 23:51, […]
Ababitsi bâimpapuro zâubutaka basabwe kwitwararika kuri ruswa iba muri uru rwego
Ibi byagarutsweho na perezida wâurukiko rwâikirenga Prof Sam Rugege mu muhango wo kurahiza Ababitsi bâimpapuro mpamo zâubutaka 5 kuri uyu wa 06 Mutarama 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abarahiye ni Nishimwe Marie Grace, Mukamana Esperance, Mukunzi Augustin Emmanuel, Muyombano Sylvain na Muvara Protais. Aba bose bazakorera imirimo yabo ku biro byâIkigo cyâIgihugu gishinzwe Umutungo kamere. Mu butumwa […]
Burera: Ikibazo cy'abana bâabakobwa batwara abagabo b'abandi cyafashe indi ntera
Ubusanzwe gushaka abagore barenze umwe, ni igikorwa kitemewe nâamategeko yo mu Rwanda. Gusa nubwo iki kintu kitemewe, kiracyagaragara mu duce tumwe na tumwe two hirya no hino mu gihugu cyane cyane mu bice byâicyaro. Akarere ka Burera, ni kamwe mu turere tugize intara yâAmajyaruguru tukirangwamo uyu muco ku kigero kiri hejuru aho usanga abana bâabakobwa […]
Donald Trump yaba yirukanye bâAmbasaderi bose bashyizweho na Obama
Donald Trump uri kwitegura kuyobora Amerika yasabye abahagarariye iki gihugu mu mahanga bashyizwe muri ako kazi na perezida ucyuye igihe Barack Obama kuzaba bamaze bose gusezera mu kazi mbere yâuko azaba arahirira kuyobora nka perezida wâAmerika wa 45. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya makuri yatangajwe nâAmbasaderi wâAmerika mu gihugu cya New Zealand kuri uyu wa 06 Mutarama […]
Ubucuruzi bwâamazi ava mu Rwanda butunze benshi muri Congo harimo nâabaminuje
Urubyiruko rwo mu Karere ka Rubavu ruvuga ko abarangije amashuri na Kaminuza byo mu Rwanda bakwiye kureka umwirato bakigira kubanyekongo bo baharanira gukora ikibaha umugati icyo aricyo cyose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkurunziza Pierre bakunze kwita Damacsene akorera ku umupaka munini uhuza u Rwanda na Kongo i Rubavu. Akora akazi ko kwikorera imizigo, ayitwaje abantu bambuka nâabaza […]
ADEPR igiye gutanga amagare mu Rwanda hose
Abafashamyumvire (abajyanama) bibumbiye mu matsinda yo kugurizanya bagiye guhabwa amagare nâitorero rya ADEPR mu rwego rwo kugirango basohoze inshingano zabo. Mu rwego rwo kugumya gukora ibikorwa bifasha abaturage kwiteza imbere, ADEPR igiye gutanga amagare nkâinkunga mu ntara n’uturere 30 tugize igihugu, aho aya magare azahabwa abitwa abafashamyumvire (abajyanama) mu bijyanye nâiterambere mu matsinda 5500 yo […]
Uganda: Umwe mu barinzi bafunganywe nâumwami wa Rwenzururu yapfuye
Umwe mu barinzi 152 bafunganywe nâumwami wa Rwenzururu nyuma yâintambara yahuje ubu bwami nâigisirikari cya leta ya Uganda yaguye mu munyururu aho bafungiye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wâamagereza mu gihugu cya Uganda, Frank Baine yemeje ko umwe muri aba barinzi witwa Yosam Bagheni wari ufite imyaka 65 yishwe nâindwara ya malariya yâubwonko nyuma yâicyumweru yari amaze […]
Bidasubirwaho umuhanzi Nicky Minaj yatandukanye nâuwari umukunzi we
Kuri uyu wa 6 Mutarama 2017, nibwo umuhanzi wâikirangirire ku mugabane wâAmerika Nicky Minaj yatangaje ko nta mukunzi agira nyuma yo gushwana nâuwo bakundanaga guhera mu mpera zâumwaka washize wa 2016. Ibitangazamakuru bitandukanye bivuga ko mu mpera zâumwaka wa 2016, uyu muhanzikazi yatangaje ko uyu mwaka wa 2017 ugomba gutangira ari wenyine. Aya makimbirane hagati […]
Menya Isezerano ryawe nâImana (Igice cya 5)
UMUMARO WARYO. Tuzi yuko ibyo amategeko avuga byose abibwira abatwarwa na yo, kugira ngo akanwa kose kazibwe, kandi abari mu isi bose batsindirwe n’urubanza imbere y’Imana, ABAROMA 3:19. Reka ubanze wumve neza iki cyanditswe! Ibyo amategeko avuga byose abibwira abatwarwa nayo.Ntabwo ibyo amategeko avuga abibwira abantu bose,kandi nta kintu na kimwe amategeko abwira abadatwarwa nayo.Umumaro […]
Abana 2 bo mu mashuri abanza biyahuye nyuma yo gusanga barateranye inda
Muri Kenya haravugwa inkuru yâabana 2 bâinshuti bafashe icyemezo cyo kwiyahura ndetse bakanabishyira mu bikorwa ku munsi wâejo tariki ya 5 Mutarama 2017, nyuma yo gusanga umwe yarateye undi inda. Aba bana 2 batatangajwe amazina barimo umuhungu ubarirwa mu kigero cyâimyaka 14 na mugenzi we wâumukobwa wâimyaka 13 yâamavuko, baravugwaho kuba bari bakiga mu mwaka […]
Umupasiteri wafunzwe ashaka gukubita nyirabukwe, ngo ntaho ahuriye na ADEPR
Mu gihe hari amakuru yavugaga ko umupasiteri witwa Hakizimana Stephen, yafunzwe na polisi y’u Rwanda ashinjwa gushaka gukubita nyirabukwe ko yaba ari uwâitorero rya ADEPR, ubuyobozi bwâiri torero ryayahakanye ndetse ko butanamuzi. Pasiteri Niyitanga Salton, Umuyobozi w’ishami ry’ivugabutumwa n’ubuzima bw’itoreromuri ADEPR yahakanye avuga ko uyu mupasiteri atari uwa ADEPR muri aya magambo: âAmakuru yavugwaga ko […]
Algeria na Uganda byaciye agahigo ko kugira abami ba ruhago 2016 muri Afurika
Umukinnyi Riyad Mahrez ukomoka mu gihugu cya Algeria niwe waciye agahigo ko kuba umwami wa ruhago ku mugabane wâAfurika muri 2016. Mu nama yabereye Abuja muri Nigeria kuri uyu wa 5 Mutarama 2017 yâabagize urugaga rwâinama mpuzamahanga mu mupira wâamaguru, yemeje ko uyu mukinnyi Riyad Mahrez ariwe witwaye neza mu marushanwa atanduukanye yagiye abera girya […]
Burundi: LONI yamaganye icyemezo kigamije gufasha imbonerakure gukomeza kwica abaturage
Umuryango wâAbibumbye wihanangirije igihugu cyâu Burundi ugisaba kwisubiraho kigahindura icyemezo giherutse gufatwa cyo guhagarika umuryango Ligue Iteka bivugwa kigamije guha agahenge imbonerakure igisirikare nâigipolisi ngo bakomeze gukorera iyicarubozo abatavuga rumwe na leta ya Nkurunziza no kubacecekesha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Leta yâu Burundi iherutse guhagarika umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu wakoreraga mu Burundi witwa Ligue Iteka, leta […]
Nyuma yo kwica Osama Bin Laden, ubu USA irashakisha umuhungu we
Urwego rushinzwe ubutasi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika bwatangaje ko bufite ku rutonde rwâumukara (liste noir), Hamza Ben Laden, umuhungu wa Bin Laden, nkâumwe mu bo bafite ku rutonde rwâabiyahuzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uru rwego rwa USA, rwatangaje ibi kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Mutarama 2017, ko Hamza Ben Laden wâimyaka 25 yâamavuko […]
Rulindo: Babiri bafatanwe ibiro 400 byâamabuye yâagaciro bibye
Mu gikorwa cyâumukwabu cyabaye tariki ya 4 Mutarama, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo yafatanye abagabo babiri ibiro 419 byâamabuye yâagaciro yitwa Cassiterite ya sosiyeti yitwa âRutongo Mining Companyâ iyacukura mu karere ka Rulindo . Umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda mu karere ka Rulindo Superintendent of Police (SP) Aphrodis Gashumba,yagize ati:â abafashwe ni […]
Nkurunziza natavaho vuba azavaho ku ngufu, aho turi ntabwo turera amaboko- Gén. Habarugira & Niyombare
Iyi ni imvugo ya GĂ©n. Philbert Habarugira na Gen Niyombare abasirikare bâu Burundi bahunze nyuma yâipfuba rya Coup dâEtat yo ku wa 13 Gicurasi 2015. GĂ©n. Philbert Habarugira, we akaba yaravugaga ko uretse we ubwe, hari nâabandi basirikare bakomeye bahunze kandi bafite inyota yo kuzagaruka baza barwana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aganira na Vertsinfo, GĂ©n. Philbert Habarugira […]
Ese umugore umaze kubyara yategereza igihe kingana iki ngo akore imibonano mpuzabitsina
Abantu benshi bakunze kwibaza iki kibazo. Nyamara uko barushaho kukibaza ni nako batumva kimwe igisubizo kuko buri wese ashobora kugisubiza bitewe nâamarangamurima ye cyangwa uko abyumva. Gusa birumvikana ko uko byagend kose umugore atagomba guhita akora imibonano mpuzabitsina akibyara kuko hari impinduka ziba zikiri mu myanya myibarukiro ye, impinduka mu mitekerereze nâibindi bigomba kubanza guhinduka […]
Perezida Kagame azitabira ubutumire bwa minisitiri w'intebe w'Ubuhinde
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda azitabira Ubutumire bwâigihugu cyâUbuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017, Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana nâitsinda ryâabarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku butumire bwa minisitiri wâintebe wâUbuhinde Narendra Modi watumiye u Rwanda mu nama ku bukungu izaba ibera muri iki gihugu [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama izitabirwa nâabashoramari batandukanye baturutse mu bice […]
Gisagara: E-KAYE,intwaro yo kurwanya akarengane no gutanga serivise inoze
Mu rwego rwo gutanga serivise zinogeye abaturage hashyizweho E-KAYE nkâintwaro yo kurwanya akarengane na ruswa bifasha kumenya niba uwagannye ubuyobozi yakiriwe neza. Gahunda bise E-KAYE (Eletronic Book) ifasha akarere gutanga amakuru ko umuturage wagannye inzego zâubuyobozi yakiriwe neza,ibi bikaba bikorwa kuva ku Kagari kugeza ku Karere aho umuturage wagannye ubuyobozi bimenyekana niba yakiriwe neza .Ibi […]
Burundi: Col. Léopold Hatungimana yatumye ibintu bizamba muri gereza ya Gitega
Ku wa Gatatu tariki ya 4 Mutarama 2017, ubwo Col. LĂ©opold Hatungimana bakunda kwita Muporo yari ajyanwe bamwimuriye mu yindi gereza, nibwo izindi mfungwa zigaragambije, zisaba ko agarurwa. Iyo myigaragambyo yatumye icyo gikorwa gisubikwa, Col. LĂ©opold Hatungimana, ubu afunze ashinjwa gukorana bya hafi nâabasirikare nâabandi bagiye bagaragaza ukurwanya perezida Nkurunziza kuri manda ye ya gatatu […]
Nyarugenge: Batanu bakekwaho kwiba ikigo cyâamashuri cya GS Nzove batawe muri yombi
Abagabo 5 barimo Ndahayo Martin wâimyaka 32, Nambajimana Celestin wâimyaka 31, Ndagijimana Cyprien wâimyaka 27, Rubayiza Donat wâimyaka 41 ndetse na Ndagijimana Valens wâimyaka 37, bafungiye kuri Sitasiyo ya Kigali bakurikiranyweho kwiba ibikoresho bitandukanye byo mu kigo cyâamashuri kisumbuye cya GS Nzove giherereye mu murenge wa Kanyinya, akarere ka Nyarugenge. Aba bagabo bakurikiranyweho kwiba ibikoresho […]
Nyuma yo kwigumura ku irushanwa, Pepiniere Fc yagarutse mu kibuga
Ishyirahamwe ryâ umupira wâ amaguru mu Rwanda FERWAFA rwakomoreye ikipe ya Pepiniere riyemerera kwakirira imikino ya shampiyona yâ u Rwanda icyiciro cya mbere ku kibuga cyayo nyuma yâ igihe yambuwe ubu burenganzira. Kuri uyu wa 5 Mutarama nibwo FERWAFA yongeye gusubiza iyi kipe uburenganzira bwo kwakirira imikino ku kibuga cyayo cya Ruyenzi. Ibi bibaye nyuma […]
Esipanye: Uko hizihizwa umunsi wahariwe inyanya wiswe Tomatina (mu mafoto)
Mu gihugu cya esipanye haba igikorwa ngarukamwaka cyo kumenagura inyanya nzihishije, aho byibuze buri muryango ubasha kuzana inyanya njyinshi zishoboka zo gukoresha muri iki gikorwa. Iki gikorwa kiba kigaije guhindura umujyi nkâamaraso hifashishijwe inyanya, aho abaturage babarirwa mu bihumbi bahurira hamwe bakazivurugutamo bakaziterana ku buryo nta kintu na kimwe gisigarana ibara ryacyo kamere. Muri uyu […]
Isengesho “Dawe uri mu ijuru” rigufasha iki mu buzima bwawe bwa gikiristu
Isengesho rya gikristu rishingiye ku Mana Data. Usenga abanza kureba uwo abwira akaza kwireba nyuma. Ashaka rero ko izina ryâ Imana ryubahwa , ingoma yayo ikogera hose . Ugushaka kwayo kugakorwa mu nsi nko mu ijuru . Icyo ni igice cya mbere aho umukristu areba Imana, akinjira mu mugambi wayo agaharanira gukora ugushaka kwayo. « […]
Ubushakashatsi, abaturanye nâimihanda minini bafite akaga ko gusara
Akavuyo kâimodoka nyâinyinshi gatera indwara zo mu mutwe zishobora no kugera kâubusazi, abantu baturanye nâimihanda minini bagaragajwe nkâabari mu kaga gakomeye, aba ngo ngo bafite akaga gashingiye ku kubura ubwenge mu byo bigishwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Lancet, cyandikira kuri interineti buvuga ko 11% byâabaswa bo ku isi baba batuye muri metero 50 […]
Kigali: Mu mezi 3 gusa, abakorera ahatarabugenewe barafungirwa imiryango
Nyuma yâuko bigaragaye ko umujyi wa Kigali uri kuzamuka ku muvuduko udasanzwe mu bikorwa remezo birimo nâinyubako zijyanye nâigihe ziganjemo izâubucuruzi, umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye guhangana nâabantu bagikorera mu nzu zitagenewe ubucuruzi kandi hari izabugenewe zitari gukorerwamo. Mu gihe inyubako zirimo iya Makuza peace Plaza, Kigali heights, Chic nâizindi ziri mu mujyi wa […]
Musanze: Abahabwa inzitiramibu basabwa kuzikoresha icyo zagenewe
Abaturage barimo guhabwa inziramibu mu karere ka Musanze barasabwa kuzikoresha icyo zagenewe kuko byagaragaye ko hari bamwe bazigurisha abandi bakazikoramo inzu zâinkoko kandi igihugu kiba cyarazitanzeho amafaranga atari make. Ibi bitangajwe mu gihe indwara ya Maraliya ikomeje kwiyongera hirya no hino mu Rwanda kandi iyi ndwara ikaba ikunze kuzahaza abaturage cyane cyane abana bari munsi […]
Uganda: batandatu bibye kwa perezida Museveni bari mu mazi abira
Umar Mugerwa, Coleb Ahimbisibwe, Yokaana Muwanguzi, Jereme Semugenyi, Godwin Arinaitwe na Isa Mutabike nibo bari mu mazi abira nyuma yâuko batawe muri yombi bashinjwa kugerageza kwiba kwa perezida wa repubulika ya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urukiko rwo mu karere ka Sembabule rwagejejweho ikirego cyâabantu batandatu bashinjwa kwiba insinga zâamashyanyarazi mu ifamu ya perezida Yoweli Kaguta Museveni […]