REG yasobanuye impamvu ibiciro by'amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi REG kiratangaza ko kuba harabaye ibibazo byo kugura umuriro guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2017 nta kibazo kidasanzwe kirimo kuko serivisi zatangwaga zakomeje gutangwa nubwo zagenze nabi ndetse zikanyuzamo zikanahagarara. Mu kiganiro iki kigo cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, hagarutswe ku kibazo cy’ibura ry’umuriro mu bice […]
Nyuma yo gushwana na Wema Sepetu, Sultan Idris yongeye kurata ubwiza uwahoze ari umukunzi we
Ku wa 1 Mutarama 2017, ubwo benshi bashyiraga amafoto yabo ku nkuta bakoresha (twitter, Instagram, Facebook,…) bifuriza abakunzi babo umwaka mushya ndetse banabarata ibihe byiza batangiranye umwaka, Sultan Idris we yashyizeho irata uwahoze ari umukunzi we (Samantha Jansen). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umunyarwenya, Idris wo muri Tanzania yafashe ifoto ye ayishyira kuri Instagram arangije ashyiraho amagambo avuga […]
Abana babiri b’imyaka 13 na 14 basambanyije ku ngufu umukobwa ufite 12
Ibi byabereye i Wemmel, mu gihugu cy’u Bubiligi aho aba bana babiri b’abahungu b’imyaka 13 na 14, umwe yafashije mugenzi we bagafata ku ngufu umukobwa w’imyaka 12, ubu bakaba barimo gukurikiranwa n’ubutabera. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru 7sur7 dukesha iyi nkuru, ngo umuhungu umwe yafashe umukobwa mu gihe undi yakoraga imibonano mpuzabitsina, ubu urukiko rwo muri iki […]
Buri wese afite inshingano zo gusigasira ibyo igihugu kimaze kugeraho-Guverineri Musabyimana
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude yasabye urubyiruko rw’Idini ya Isilamu kwirinda ingengabitekerezo y’ubutagondwa n’ubuhezanguni, ndetse n’ibindi byaha muri rusange; kandi bakagira uruhare mu kubikumira; batanga amakuru atuma biburizwamo no gufata ababikoze ari nako babungabunga ibyo igihugu kimaze kugeraho. Ubu butumwa yabutanze ku itariki 3 Mutarama uyu mwaka mu muhango wo gusoza amahugurwa y’icyumweru y’urubyiruko […]
Abafite ubumuga bwo kutabona bazifasha mu matora ya perezida
Abatora bafite ubumuga bwo kutabona bashyiriweho uburyo buzabafasha kwitorera batagombereye umufasha mu matora y’umukuru w’igihugu ategerejwe mu kwezi kwa kanama 2017. Kominisiyo y’igihugu y’amatora itangaje ko abafite ubumuga bwo kutabona bazakoresha impapuro zabugenewe zisanzwe zibafasha mu gusoma amagambo yanditse hakoreshejwe inyako zabugenewe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Izi mpapuro zifasha abafite ubumuga bwo kutabona ni impapuro zikozwe muri […]
Ese urupfu rwa Col Karegeya ntirwaba ari umuvumo kuri Gen Kayumba na bagenzi be?
Col Patrick Karegeya wahoze ari umusirikare w’u Rwanda yishwe mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza rishyira iryo ku wa 1 Mutarama 2014, muri Afurika y’Epfo muri hotel yari yarayemo. Karegeya yari umwe mu barwanyaga Leta y’u Rwanda ndetse yanahozemo, aho yari yarahungiye muri Afurika y’Epfo niho yari yaranashingiye ishyaka RNC, rifite n’utundi dushami i […]
Gambia: Amagambo yavuzwe n'Umukuru w’igisirikare cya Yahyah Jameh yateje impungenge
Nyuma y’amakimbirane amaze iminsi mu gihugu cya Gambia aterwa no kuba uwari perezida yahyah Jameh yanze kwemera ibyavuye mu matora ndetse agashaka no gukomeza kuyobora igihugu, umukuru w’igisirikare nawe yasubije ibintu I rudubi aho yasabye abantu kuyoboka Perezida Yahyah Jameh, amagambo yavugishije benshi ndetse akanateza impagarara mu gihugu kuko yanavuze ko igisirikare kimuri inyuma. [xyz-ihs […]
Umugogo w'umwami Kigeli mu nzira igana i Kigali
Urukiko rwa Viriginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika rwanzuye ko umugogo w’umwami Kigeli wa V Ndahindurwa ugomba gutabarizwa mu Rwanda Ni nyuma yo kumva ubuhamya ku mpanze z’abo mu muryango wa Kigeli batandukanye, ubuhamya bwanateje impaka zitari ncye muri uru rukiko guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru, aho bamwe mu bagize umuryango wa Kigeli bashakaga […]
“Aho bagiye ho bahita babahambira” Perezida Kagame avuga abahoze muri FPR
Ibyo Abagize RNC bavuga k’u Rwanda ntaho bihuriye n’ibyo Abanyarwanda babona, Jonathan Musonera, umwe mu banyamuryango b’imbere mu iri shyaka rya politiki ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda rikorera mu mahanga aherutse kwifuriza Abanyarwanda umwaka mushya muhire ndetse akanavuga ko Leta y’u Rwanda ntacyo igeza ku banyarwanda, mu gihe Abanyarwanda bahora bishimira ibyo bagezeho kugeza ubwo […]
Burundi: Inzego z’umutekano zafashe abantu bafite intwaro za gisirikare
Igipolisi cy’u Burundi cyerekanye abantu bafatiwe muri zone ya Kanyosha, bakekwaho kuba ari abarwanyi. Bakaba barafatanwe ibikoresho bya gisirikare nk’abari bambariye urugamba. Moise NKURUNZIZA, umuvugizi wungirije w’igipolisi cy’u Burundi yemeje aya makuru ndetse anatangaza ko abo bantu bafatanwe imbunda 3 zo mu bwoko bwa kalachnikov, za gerenade 9 hamwe n’amasasu asaga 900. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri […]
Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda uwashakishwaga akekwaho ubujura
Kuwa kabiri tariki ya 3 Mutarama 2017, ku mupaka wa Gatuna mu Karere ka Gicumbi habereye umuhango wo guhererekanya hagati ya Polisi ya Uganda n’iy’u Rwanda umunyarwanda Hategekimana Isaie w’imyaka 42 ukomoka mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, washakishwaga na Polisi y’u Rwanda akekwaho ubujura yakoreye mu karere ka Rusizi. Mu muhango wo […]
Musanze: Abasaga 20 bavuye mu mirimo kuva akarere kabwirwa na Minisitiri w’intebe ko kiyobora
Abayobozi b’imirenge 2, ab’utugari 18 n’abandi bagera kuri 5 birukanywe mu karere; bamaze kuva ku mirimo yabo mu Karere ka Musanze gaherereye mu Ntara y’Amajyaruguru, nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe atunze agatoki ubuyobozi bw’aka karere avuga ko kiyobora ubwo hamurikwaga imihigo y’umwaka wa 2015/2016. Ubwo hamurikwaga iyi mihigo, Akarere ka Musanze kari kayobowe na Musabyimana Jean […]
Utanyuze hano ngo babanze baguhugure byakubera ikibazo kongera kwibona mu Muryango Nyarwanda — Lt Uwayezu
Ibi byatangajwe na Lt Uwayezu Intije Deogratias, wahoze mu mutwe wa FDLR ariko akaba yari aherutse kwitandukanya na FDLR akajya mu mutwe wa CNRD nawo uherutse gushingwa n’abitandukanyije na FDLR, akaba yari ahagarariye uyu mutwe mu mujyi wa Goma muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ubwo itsinda ry’abanyamakuru ryasuraga Ikigo cya Mutobo, cyakirirwamo abahoze mu […]
Inkunga izaterwa amakipe azitabira irushanwa rya CAF yamenyekanye
Mu gihe habura iminsi micye ngo hatangire imikino y’amajonjora y’ibanze y’amarushanwa y’ama-club ategurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, minisiteri y’umuco na Siporo mu Rwanda yatangaje ko izahemba amakipe abiri arimo APR Fc ndetse na Rayon Sports Fc Miliyoni 50 z’amafaranga y’u Rwanda zikagabana zikaringaniza. Kugeza ubu aya makipe azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya […]
Mukobwa,niba ushaka umukunzi dore abasore bagukeneye (Fungura ubone imyirondoro)
1.Kubwimana Charles, Ndipfuza Umukunzi Ufise Hagati Yimwaka 20-27 Wubahimana.Atavyibushe Cane Kandi Atonze Cane Yipfuza Kubaka.Yonyandikira Kuri Email Yanje:charleskubwimana75@gmail.Com 2.Muraho neza nitwa KWIZERA Patrick nkaba nifashishe urububuga duhuriraho nabenshi kuko harigihe nagira umugisha nkahabona umukunzi kuko maze igihe nkeneye umukunzi kubera ko uwo narimfite mbere yambabaje ubu rero nkaba nje hano ngo ndebe ko nahabona umunyamutima […]
2016 isize umukino w'amacenga mu bihugu binyamuryango bya EAC
Ntibisanzwe kubona abavuga ko bahuje umuryango bari kuryaryana, umukino w’injangwe n’imbeba ni umukino wo gucungana ku jisho wahumbya gato cyangwa urangaye ho gato ukisanga uhombye byinshi,bene uyu mukino niwo uri gukinirwa mu muryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAC). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango wa EAC (East African Community) ni umuryango uhuriwemo n’ibihugu bitandatu (6) byo muri Afurika y’Uburasirazuba ari […]
Abana bari munsi y’imyaka 18 bakatiwe gufungwa Burundu muri 2016
Mu gihe usanga imiryango mpuzamahanga yita ku burenganzira bwa muntu ndetse n’iyita ku bana ivuga ko umwana atemerewe gufungwa atarageza ku myaka 18 y’amavuko, hari ibihugu bimwe na bimwe ku isi byagiye birenga kuri ayo mabwirizwa aho abana batari bacye hirya no hino ku isi bagiye banahabwa ibifungo bya burundu kandi batarageza ku myaka 18 […]
Icyatumye Gen Germain Niyoyankana na bagenzi be 21 basezererwa mu gisirikare cyatangajwe
Mu itangazo ryasohowe ku wa 31 Ukuboza 2016, ryashyizweho umukono na perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, ryasezereraga Lt Gen Gen Germain Niyoyankana na bagenzi be 21, bose bo ku rwego rukuru mu gisirikare. Nyuma y’isezererwa ryabo, byinshi byagiye bivugwa ko byaba bifitanye isano n’ibibazo bimaze iminsi mu gisirikare cy’u Burundi ndetse ko bifite aho bihuriye […]
Uganda: Abanyamakuru n’Abapolisi batawe muri yombi bibye
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi ibisambo byitwaje intwaro birimo abanyamakuru 2 ndetse n’Abapolisi bo ku rwego rwa Ofisiye bari bitwaje n’imbunda. Aba banyamakuru 2 ndetse n’Abapolisi bafungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kampala bafashwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 3 Mutarama 2017, nyuma yo gufatanwa mafaranga asaga Miliyoni […]
Umwunganizi wa Vincent Murekezi yahaye urukiko igihe ntarengwa cyo kumurekura
Umunyamategeko wunganira umunyarwanda Vincent Murekezi muri Malawi yasabye urukiko rukurikirana ikirego cy’uyu mugabo kugaragaza ibimenyetso bishinja umukiriya we bitaba ibyo akarekurwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi uyu munyamategeko yabisabye nyuma y’uko urukiko rwari rwihaye iminsi 21yo kukagaragaza ibimenyetso bishinja Murekezi iyo minsiyarangiye ku wa 02 Mutarama 2017 urubanza rusubukura ubushinjacyaha butarabona ibyo bimenyetso. Ibimenyetso bishakishwa ni ibishinja […]
Burundi: Nyuma y’urupfu rwa Minisitiri Emmanuel, abandi 3 nabo barishwe mu minsi mikuru
Nyuma y’uko uwari Minisitiri w’ibidukikije mu gihugu cy’u Burundi Emmanuel Niyonkuru yiciwe mu modoka ubwo yajyaga iwe avuye kwizihiza umunsi mukuru w’ubunani, abandi bantu 3 nabo bishwe ku munsi wo kwizihiza ubunani muri kiriya gihugu. Ku ri uyu wa kabiri tariki ya 3 Mutarama 2017, nibwo igipolisi cyo mu ntara ya Bujumbura yataye muri yombi […]
Ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byamaze kuzamuka
Itangazo ryashyizweho umukono n’ubuyobozi bw’urwego rw’igihugu ngenzura mikorere (RURA) rigaragaza ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyazamuweho amafaranga y’u Rwanda 22 kuri litiro imwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Guhera kuri uyu wa 04 Mutarama 2017, litiro ya Esansi iragurishwa amafaranga y’u Rwanda 970 mu gihe ubusanzwe yagurishwaga amafaranga 948. Litiro ya Mazutu nayo ubu yashyizwe ku […]
Undi Munyarwanda ushinjwa kugira uruhare muri jenoside yaba yihishe muri New Zealand
Pheneas Nzaramba, Umunyarwanda ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi kuri ubu akaba yarahungiye muri New Zealand yashyizwe ku karubanda n’urwego rw’igihugu rw’ubushinjacyaha (NPPA). Abashinjacyaha ntibaramenya niba uyu mugabo akoresha andi mazina ngo abone uko atazatabwa muri yombi cyangwa niba atarmutse, ariko umuvugizi w’uru rwego, Faustin Nkusi avugana na The New Times dukesha iyi nkuru, yavuze […]
Rwanda:Abahesha b’inkiko b’umwuga bakwiye kuba nk’abamalayika
Komisiyo y’Uburenganzira bwa muntu iri guhugura abahesha b’Inkiko uko bakora umurimo wabo bubahiriza uburenganzira bwa muntu. Asobanurira Abahesha b’inkiko inshingano z’iyi Komisiyo, Umuyobozi wayo, Nirere Madeleine yavuze ko bakira ibibazo by’abantu barenganyijwe ariko ko bagomba kubikorana ubushishozi kuko uwatsinzwe n’uwatsinze bose bagomba guhabwa uburenganzira . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Bamwe mu barangirijwe imanza ku gahato n’abahesha b’Inkiko, […]
Burundi : Major Desire Uwamahoro yakatiwe gufungwa amezi 3
Major Desire Uwamahoro wahoze akuriye umutwe wa polisi ushinzwe kurwanya imyigaragambyo akaba yari akurikiranweho icyaha cyo kwiba amadorali asaga ibihumbi 200 umunyamahanga, yakatiwe gufungwa amezi 3 mu gihe yasabirwaga gufungwa umwaka. Usibye uyu wakatiwe gufungwa amezi 3, bagenzi be bareganwaga buri umwe yaciriwe urubanza aho agomba no kwishyura amande ya miliyoni y’Amarundi. Iyi nkuru dukesha […]
Iby’aho umugogo wa Kigeli V Ndahindurwa uzatabarizwa bikomeje kuba agatereranzamba
Kuri uyu wa 3 Mutarama 2016, urukiko rwo muri Leta ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwatangiye kumva ubuhamya bw’abavandimwe b’umwami Kigeli wa Gatanu Ndahindurwa mbere y’uko rufata umwanzuro ntakuka w’ahazatabarizwa umugogo we uzaabarizwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uru rukiko, abagize umuryango wa Kigeli barimo amatsinda abiri aho bamwe bari bashyigikiye ko yatabarizwa muri […]
Abanyarwanda 3 basohotse ku rutonde rw’abasifuzi mpuzamahanga
Abanyarwanda 3 barimo Uwikunda Samuel, ndetse n’abakobwa babiri b’impanga,Umutoni Aline na Umutesi Alice basohotse ku tutonde rw’abasifuzi mpuzamahanga rwashyizwe ahagaragara muri iki cyumweru n’isjhyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi. Aba basifuzi 3 baje basanga abandi 17 u Rwanda rwari rusanganywe, u Rwanda rukaba rukomeje guca agahigo ko kongera uubare w’abasifuzi mu rwego rw’isi batoranywa hagendewe ku […]
Brazil: Abasaga 56 basize ubuzima mu mirwano yabereye muri gereza
Abantu basaga 56 basize ubuzima mirwano y’iminsi 2 yabereye muri gereza iherereye mu gace ka Amazonas muri leta ya brazil, inzego z’umutekano zikaba zivuga ko iyi mirwano yatewe n’udutsiko 2 tw’imfungwa zo muri iriya gereza twarwanye . Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, ngo isinda rimwe ry’abanyururu basabitswe n’ibiyobyabwenge ryateye irindi rishaka […]
Umutekano wifashe neza haba imbere no ku mupaka w’u Burundi- Col Gaspard Baratuza
Iyi ni imvugo ya Col Gaspard Baratuza, umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, mu nama yagiranye n’abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize ku wa 29 Ukuboza 2019, avuga ko imutekano ari ntamakemwa. Ibi akaba yarabitangaje mu gihe mbere yaho hari inkuru yavugaga ko hari abasirikare b’u Burundi bishwe ubwo bakozanyagaho n’aba FARDC bavogera ubutaka bwa Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Uganda: Urubyiruko ruri gutwarwa mu mitwe y'iterabwoba
Umuvugizi wa Burigade ya Masaka muri Uganda, Brigadier Joseph Ssemwanga atarangaza ko bari gukora iperereza ku nyeshyamba zaba ziri gutwara urubyiruko muri kariya gace zikajya kurwigisha kurwana . Ibi yabitangarije mu munsi mukuru wari wahuriwemo n’igisirikare cya Uganda UPDF ubwo basozaga umwaka, aho yababwiye ko bagomba kuba maso ndetse bakanakangurira abaturage gukaza umutekano kuko hari […]
Arsenal giye guheba akayabo kuri Miralem Pjanic ukinira Juventus
Umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger yatangaje ko agiye guheba amafaranga atari macye akazana umukinnyi w’umusitari mu gutsinda ibitego Miralem Pjanic wakiniraga ikipe ya Juventus ariko akavuga ko ikipe ye ikimukomeyeho. Uyu musore w’imyaka 26 y’amavuko wanabiciye bigaciko mu ma-club yo ku mugabane w’u Burayi, akomeje gushakishwa n’andi makipe menshi cyane cyane ayo ku mugabane […]
Amafunguro yagiye akura benshi imitima arimo inzoka zokeje,ibinyabwoya, imbeba,Imbwa- REBA AMAFOTO
Nk’uko mu Kinyarwanda baca umugani bati: “Agahugu umuco wako n’akandi uwako” mu gihe mu muco Nyarwanda kurya imbwa, imbeba,ikinyabwoya,umuserebanya,… ari kirazira ahandi ho usanga ari imari ikaze. Hari amafoto yagiye arebwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse akanavugwaho byinshi dore ko hari n’ayo ureba ukishisha bitewe n’uburyo akanganye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku Ubushinwa ho ibyo abandi […]
Ibyo wamenya ku mutegetsi mushya w’isi, Antà ³nio Manuel de Oliveira Guterres
Guhera ku wa 01 Mutarama 2017 umuryango w’Abibumbye (UN) uyobowe n’umutegetsi mushya, AntĂ Âłnio Guterres, ni umuyobozi wa cyenda watorewe kuyobora uyu muryango uhurirwamo n’ibihugu byose byo ku isi ariko bifite ubwigenge kuva mu mwaka wa 1945, umuyobozi w’uyu muryango afatwa nk’umunyapolitiki ukuriye abandi bose bo ku isi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] AntĂ Âłnio Manuel de Oliveira Guterres ni […]
Amerika: Ababyeyi baribaza uko bazasobanurira impanga zavutse mu myaka 2 itandukanye nizimara gukura
Muri Amerika umuryango urishimira abana 2 b’impanga bahawe amazina ya Sawyer na Everett ariko hakaba hari impungenge z’uko bazabasobanurira ko ari impanga mu gihe bazaba bamaze gukura kuko bavutse mu myaka itandukanye. Ibi ni bimwe mu bintu bidakunze kubaho cyangwa bikabaho gacye ko impanga 2 zivuka mu myaka itandukanye. Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye avuga ko […]
Ese délivrance ntishobora kuzavamo amayeri yo gushaka gusambanya abagore n’abakobwa?
Uko igihugu kivuduka mu iterambere ni nako amatorero agenda yiyongera, ari nako abatekamutwe nabo biyongera bitwikirije ijambo ry’Imana rimwe na rimwe bagamije indonke no gushimisha imibiri yabo. Mu nsengero nyinsho rero za gikiristo usangamo imvugo utapfa gusobanurikirwa udasanzwe uzigeramo, ngaho kuvuga indimi zidasanzwe, abandi bagasobanura, ariko ijambo “dĂ©livrance” ryo rikaba akarusho. Ugenekereje, ubundi dĂ©livrance cga […]
Bugesera: Nyiradende yasanzwe yiciwe mu busitani bwe
Umurambo w’umudamu witwaga Mediatrice Nyiradende wari ufite imyaka 48 y’ubukuru yatoraguwe mu busitani bw’aho yari atuye mu mudugudu wa Gasenga II, Akagali ka Nyamata mu murenge wa Nyamata nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi mu ntara y’Uburasirazuba [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyiradende yabanaga na musaza we witwa Mugabo Bizimana. Umurambo w’uyu mubyeyi watoraguwe n’abaturanyi be kuri uyu wa […]
Amafoto y'ibihe bitandukanye byaranze umukinnyi wa Tennis, Serena Williams
Ikirangirire mu mukino wa Tennis Serena Williams yasezeranye ku mugaragaro na Alexis Ohanian bari bamaze igihe bari kumwe mu rukundo. Aba basitari 2 bashyize amafoto yabo ku mbuga nkoranyambaga bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo gusezerana ko bagiye kuba umwe mu buryo bwemewe n’amategeko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo Alexis Ohanian na Serena Williams biyemeje kwinjira […]
Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 4)
( *isezerano rya kera* ) *ESE RYARARANGIYE?* Iki ni ikibazo kigora abantu benshi cyane nyamara gifite igisubizo mu byanditswe byera.Ariko mbere yuko dusubiza iki kibazo, reka tubanze turebe niba iri sezerano ryarubahirijwe nkuko abantu bari barabyiyemereye.Soma ibi byanditswe byera wumve. Ariko ab’inzu ya Isirayeli barangomeye bari mu butayu, ntibagendera mu mategeko yanjye kandi banze n’amateka […]
Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw’Intama
Inyandiko igaragara mu gitabo cyitwa “Britain’s Real Role in the World” bishatse kuvuga “Umumaro nyawo w’Ubwongereza ku isi” cyanditswe na Mark Curtis hagaragaramo uruhare rugaragara iki gihugu cyagize muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibihugu nk’Ubwongereza n’Amerika kuri ubu bifitanye umubano n’u Rwanda nibyo bigarukwaho cyane muri iyi nyandiko. Uruhare rw’Ubwongereza n’Amerika muri jenoside yakorewe […]
Nyamagabe: Abagabo binubira abagore bahora mu ngendo n’amahugurwa
Abagore bari mu nzego z’ubuyobozi, ibimina n’amakoperative bo mu karere ka Nyamagabe, bavuga ko bajujubywa n’abagabo babo iyo bafata ingendo zateguwe n’amahuriro barimo. Ibi byaba biva ku myumvire mike y’abagabo, ariko ngo hari n’abagore babikabiriza, bakaba mu bintu byinshi, bagahora mu ngendo ntibite ku zindi nshingano z’urugo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibituma umugore ava mu rugo ni […]
Ngororero: Polisi y’u Rwanda yakanguriye abatwara ibinyabiziga kubahiriza amategeko y’umuhanda
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, mu mpera z’icyumweru gishize yagiranye inama n’abatwara abagenzi kuri moto n’imodoka bakorera mu mirenge ya Ngororero, Muhororo na Kavumu; ndetse n’abayobozi ba Koperative zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikorera muri aka karere; abakangurira kubahiriza amategeko n’amabwiriza yo gutwara […]
Rubavu:EPEMR yatanze inshingano y’ubupasitoro imusaba kudatatira igihango-AMAFOTO
Itorero EPEMR ryahaye inshingano Umupasitoro waryo ndetse rimusaba kutazatatira igihango, ahubwo akihata gutanga urugero rwiza mubo ayobora. Ku umunsi wejo Tariki ya 1 Mutarama 2017 mu Karere ka Rubavu ho mu murenge wa Nyundo nibwo itorero rya EPEMR ryatanze inshingano ku Umupasitoro waryo wari umaze igihe akora ariko atarahabwa inshingano ku umugaragaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Maniriho […]
Nyabihu:Ahareberwa Filime hamazeho ifaranga ababyeyi, abana nabo bava mu ishuri
Mu murenge wa mukamira hafi y’isoko ahari icyumba cyireberwamo filme ngo kigiye guca ababyeyi gutunga ifaranga bidasize no kwigisha abana imico mibi y’uburara ibatera no kuva mu ishuri. Muri santere ya Mukamira ho mu Karere ka Nyabihu murenge wa Mukamira mu Kagari ka Rugeshi, ababyeyi batuye muri aka gace bararira banatakambira ubuyobozi kubafasha gufunga ahareberwa […]
Gambia: Radiyo irwanya Yahya Jammeh yashyizweho ingufuri
Ubutegetsi bwa Gambia bwatagetse ko radiyo yo muri iki gihugu yakundaga kunyuzwaho ibiganiro by’abadashyigikiye perezida Yahya Jammeh ifungwa, niyo radiyo yari imaze kwigarurira imitima y’Abatuye iki gihugu bitewe no kudashyigikira umunyagitugu Jammeh. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inzego zishinzwe iperereza muri Gambia yashyize ingufuri ku miryango ya radio Teranga FM nta n’ibindi bisobanuro bitanzwe, nk’uko byatangajwe na Emil […]
Burundi: Bitarenze uku kwezi Nkurunziza azihimura ku muryango w’Abibumbye
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yatangaje ko uku kwezi nigushira umuryango w’Abibumbye n’Afurika yunze ubumwe budakemuye ikibazo cy’ingabo z’Uburundi zirirwa zicirwa n’inzara mu butumwa bw’amahoro ngo iki gihugu kiteguye kuzahita kihimura kuri uyu muryango ku buryo budasubirwaho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi perezida Nkurunziza yabitangarije mu kuganiro gisoza umwaka yagiranye n’abanyamakuru ku wa 30 Ukuboza 2016 ubwo bamubazaga […]
Gen Germain Niyoyankana n’abandi 21 basezerewe mu gisirikare cy’u Burundi
Lt Gen Gen Germain Niyoyankana wigeze kuba umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi ndetse akanaba na Minisitiri w’ingabo, ku wa 31 Ukuboza 2016, yasezerewe mu gisirikare hamwe na bagenzi be bari bafite amapiti yo hejuru. Nk’uko bigaragara ku itangazo ryashyizweho umukono n’umukuru w’igihugu, Pierre Nkurunziza, aba basirikare basezerewe ni 22, ku isonga hakazaho uyu Lt Gen […]
Burundi: Gerenade yatewe mu nzu basengeragamo ikomeretsa abantu 7
Mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza rishyira iryo ku wa 1 Mutarama 2017, umuntu utazwi yateye gerenade mu nzu abantu basengeragamo ikomeretsa 7, igikorwa leta y’u Burundi yafashe nk’icy’iterabwoba. Iki gikorwa cyabereye mu Ntara ya Bubanza mu gace ka Rugazi, iyo nzu ikaba yaratewemo gerenade imwe, barindwi bakomeretse bakaba barahise bajyanwa mu bitaro kwitabwaho. […]
Uwarashe Me Toy nta kindi yari gukora kitari ugukoresha ububasha ahabwa n'itegeko- CP George Rumanzi
Polisi y’igihugu iratangaza ko ibyabaye ku mupolisi warashe umunyamategeko Toy Nzamwita byatunguranye ariko ko nta yandi mahitamo yari ahari kuko ibigenwa n’amategeko byose yari yamaze kubirengaho. Mu kiganiro Polisi y’u Rwanda yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 2 Mutarama 2017, cyareberaga hamwe uko umutekano wari witwaye mu minsi mikuru tuvuyemo ya Noheli n’ubunani, umuyobozi wa Polisi […]
Perezida Obama yahambirije abakozi b’Uburusiya babaga muri Amerika
Ibinyamakuru byo mu Burusiya byatangaje ko abari bahagarariye igihugu cyabo muri Amerika birukanwe ku butaka bwa Amerika na Perezida Obama, bakaba bahambirijwe hamwe n’imiryango yabo. BBC itangaza ko abo bakozi bahise bacyurwa n’indege y’u Burusiya, bakaba nta kindi bazira uretse kuba Uburusiya ngo byarivanze muri politiki ya Amerika. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo bari mu gikorwa cy’amatora […]
Afurika y’Epfo: Umupasiteri ategeka umugore we kwicara mu mazi akonje uko amusabye ko bakora urukundo
Muri Repubulika y’Afurika y’Epfo haravugwa inkuru y’umugore witwa Dainess Katongo w’imyaka 37 y’amavuko uherutse kuregera umugabo we urukiko amushinja kumwicaza mu mazi akonje buri gihe uko amusabye ko bakora urukundo. Uyu mugore avuga ko umugabo we atamwitaho nyuma y’igihe gito bashakanye dore ko bataranabyarana na rimwe kuko bashakanye muri uyu mwaka ushize wa 2016, uyu […]
Ibyo wamenya kuri Mpayimana Philippe uziyamamariza kuyobora u Rwanda
Yabaye umunyamakuru kuva mu mwaka wa 1990 aho yari umwe mu banyamakuru ngenderwaho ba televisiyo y’igihugu cy’u Rwanda, yize amasomo y’itangazamakuru mu ishuri rikuru ry’itangazamakuru rya Paris mu Bufaransa. Mpayimana Philippe yavutse mu mwaka wa 1970, yashinze Asosiyasiyo yitwa Tuza igamije guhuza abatuye mu bihugu byo mu biyaga bigari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa 01 […]
Ese imbabazi Kizito Mihigo abuze muri 2016 azazihabwa muri 2017?
Muri Gashyantare 2015, nibwo urukiko rukuru rwahanishije umuhanzi Kizito Mihigo igifungo cy’imyaka 10, nyuma yo kumuhamya ibyaha bine yaregwaga birimo: 1.Kurema umutwe w’abagizi ba nabi 2.Icyaha cy’ubugambanyi bwo kugirira nabi Ubutegetsi buriho cyangwa umukuru w’igihugu 3.Ubwoshye bw’ubugambanyi bwo kugirira nabi umukuru w’igihugu 4.Ndetse n’icyo gucura umugambi w’ubwicanyi [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo Kizito Muhigo yaburanaga benshi bibwiraga […]
Umukinnyi Z. Ibrahimovic ngo ashaka kwereka abavuga ko ashaje ko imyaka ntaho ihuriye n'ubunararibonye
Nyuma y’uko umukinnyi uzwi nka Zlatan Ibrahimovic akomeje kwitwara neza ndetse no kwamamara mu mupira w’amaguru, bamwe mu bafana b’ikipe ya Man U bakomeje guhangana nawe baterana amagambo aho baba banamushinja ko ntacyo abashije bavuga ko ashaje. Uyu mukinnyi yagarutse kuri aya magambo muri iyi wikende ishize ubwo yari amaze gutsinda ibitego bigera kuri 17 […]
Burera: Ubuyobozi buzi akamaro k’itangazamakuru ry’umwuga, ridakabya kandi ridatungurana
Umuyobozi w’akarere ka Burera wungirije ushinzwe ubukungu, Habumuremyi Evariste asanga itangazamakuru ry’umwuga ryubaka, cyane iyo rivuga ukuri kw’ibiriho. Gusa yongera kwikoma abanyamakuru batungurana, bakabiriza ibintu, ndetse n’abatangaza inkuru batavuganye n’impande ziyivugwamo. Ubwo itsinda ry’abanyamakuru 10 bakorera itangazamakuru ryo hanze basuraga akarere ka Burera kuwa kane tariki ya 29 ukuboza 2016, ntiryabashije kuhasanga umuyobozi n’umwe. Impamvu […]
Hari abagitinya umuvumu Nyabingi yabagamo abandi bagakeka ko uva amaraso
Bashingiye ku myemerere n’imyizerere yo hambere, bituma hari abaturage bagifata mu buryo budasanzwe igiti cy’umuvumu giherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Butaro; by’umwihariko mu ivuriro rwagati rya Butaro ahahoze hitwa mu Ndorwa kubera gutinya ko bagirirwa nabi na Nyabingi bivugwa ko ari bwo bwari ubuturo bwe. Nyabingi yamamaye cyane mukarere k’amajyaruguru y’u Rwanda, […]
Kampala: Desire Luzinda avuga ko yanga urunuka indirimbo ye
Desire Luzinda, umuhanzikazi wo mu gihugu cya Uganda, yatangaje ko indirimbo ye “Mubiite” ayanga mbere y’ibindi byose, ibintu utapfa kumva bisohoka mu kanwa k’abandi bahanzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Yagize ati: “’Iriya ndirimbo inyibutsa papa wanjye mu bwana, niwe nayikoreye, niyo irimo gukinwa kuri radio ndayumva ikanyibutsa, yarampamagaye arampohotera ku bw’impamvu nanjye ntazi, ntabwo nigeze mvuga amazina […]
Ikibazo cyakunze kugaruka mu byo Perezida Kagame yasabye ko byakosoka guhera mu mpera za 2016
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yashoje umwaka wa 2016 akigaragaza ko hari ibintu bimwe na bimwe bitarajya mu buryo, mu butumwa perezida Kagame amaze iminsi ageza ku bantu bo mu nzego zitandukanye yagiye agaruka ku kibazo cy’imikorere idahwitse ya bamwe mu bayobozi ndetse agaruka cyane ku kibazo cy’imitangire ya serivisi avuga ko ikeneye kuvugururwa. Mu bihe […]
Zimwe mu mpamvu zituma imiryango iri gusenyuka itamaze kabiri?
Muri iyi minsi imiryango myinshi iri guhura n’ibibazo bitandukanye ariko ikiza ku isonga kikaba ari ugusenyuka kwa hato na hato, iki kikaba ari ikibazo gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye haba mu Rwanda no mu bindi bihugu hirya no hino ku isi. Umuntu ashobora kwibaza impamvu yaba itera uku gutandukana kw’abashakanye cyangwa n’ababana ugasanga ahanini […]
Ububiligi bwababajwe n'urupfu rwa Minisitiri Niyonkuru warasiwe i Bujumbura
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bubiligi, Didier Reynders, yavuze ko bababajwe n’urupfu rwa Minisitiri Niyonkuru, warasiwe mu Burundi mu ijoro ryo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Minisitiri Didier Reynders yagize ati: “Ngaye igitero cyagabwe kuri Minisitiri Niyonkuru, nkabifuriza amahoro n’ubwiyunge mu gihugu”. Ibi abitangaje mu gihe Leta […]
Santrafrika: Abapolisi b'u Rwanda bahaye impanuro abaturage baho
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafrika bwitwa mu rurimi rw’Icyongereza; United Nation Multi-Dimensional Integrated Stabilisation Mission in CAR (MINUSCA); muri iki cyumweru bifatanyije n’abaturage baho mu muganda;maze baboneraho umwanya wo kubaganiriza kuri gahunda y’u Rwanda yo kwigira gushingiye ku kwishakamo ibisubizo; hibandwa cyane cyane ku ndangagaciro za kirazira, ubumwe n’ubwiyunge, […]