Uganda: Intambara y'abahanzikazi bakwirakwiza amafoto bambaye ubusa ikomeje guca ibintu

Muri Uganda haravugwa intambara y’urudaca mu bahanzikazi bakomeje gushyira amafoto hanze agaragaza ubwambure bwabo, aho usanga buri wese ashaka gukurura abantu cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga.   Kuri ubu umuhanzi usa naho ataramenyekana cyane uzwi ku mazina ya Quin Ramona yashyize hanze amafoto amugaragaza uko ari aho yayashyize ku karubanda binyuze ku mbuga nkoranyambaga ngo […]

Umuyobozi w'ikinyamakuru “Rwanda Focus” yatawe muri yombi

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Shyaka Kanuma, umuyobozi w’ikinyamakuru Rwanda Focus azira uburiganya mu gushaka amasoko ndetse no kurigisa imisoro ya leta. ibi ni ibyatangajwe n’umuvugizi wungirije wa Polisi y’Igihugu, Chief Supt. Lynder Nkuranga, aho yavuze ko uyu Kanuma yatawe muri yombi kuri uyu wa gatandatu tariki ya 31 ukuboza 2016, akurikiranyweho ibyaha bifitanye […]

Burundi: Iperereza ryataye muri yombi abantu barimo n'umugore wa Minisitiri w'ibidukikije wishwe

Iperereza ku waba yishye Minisitiri w’ibidukikije Emmanuel Niyonkuru mu gihugu cy’u Burundi ryataye muri yombi abantu 2 barimo umugore we bari kumwe mu modoka ndetse na nyir’akabari bari bavuye kunyweramo ubwo uyu muminisitiri yaraswaga. Mu itangazo ryatanzwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi Nkurikiye Pierre, rivuga ko uwarashe nyakwigendera bari bari kumwe mu modoka bityo ko niba […]

RDC: Ibiganiro kuri manda za Perezida Kabila byashyize bigera ku mwanzuro

Nyuma y’uko muri Repubulika iharanira demokarasi ya kongo hamaze iminsi itari mucye hakorwa ibiganiro birimo abanyepolitiki ndetse n’abanyamadini hagamijwe kureba icyakorwa ngo imvururu ziri muri kiriya gihugu zihoshe kuri uyu wa mbere Mutarama 2016, ibi biganiro byaba byashyize bukagera ku mwanzuro ufatika. mu nama yabaye kuri uyu wa mbere Mutarama 2016, hanzuwe ko Perezida kabila […]

Kampala: Abasaga 200 bari mu buroko bazira ubunani

Polisi ya Kampala muri Uganda yataye muri yombi abasaga 200 bazira ibikorwa by’urugomo mu gihe bishimiraga ko basoje umwaka wa 2016 mu gicuku cyo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017. Umuvugizi wa Polisi yo mu mujyi wa Kampala Joseph Bakaleke avuga ko ku ikubitiro, habanje gufungwa abagera ku 138 bazira ibyaha birimo kurema ibico, imirwano […]

Urugaga rw’Abavoka rurasaba Polisi gutanga amakuru afatika ku iyicwa rya Me Toy

Nyuma y’uko polisi y’igihugu yatangaje ko Umunyamategeko Nzamwita Toy yarashwe n’Abapolisi bikamuviramo urupfu mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu rishyira kuwa gatandatu hafi ya Rond Point ya Kacyiru ahazwi nka KBC, urugaga rw’Abavika rwatangaje ko hari amakuru y’ingenzi ataratanzwe na Polisi ku iri yiswa bityo rukanasaba ko iperereza ryihutishwa. Polisi y’u Rwanda mu itangazo […]

Donald Trump yifuzije abamwanga umwaka mushya baramutuka

Perezida mushya witegura guhabwa gutegeka leta zunze ubumwe z’ Amerika muri uku kwezi kwa Mutarama 2017 yazirikanye abanzi be mu kwifuriza abatuye Amerika n’isi yose umwaka mushya muhire wa 2017 [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Donald Trump yanditse amagambo asa n’ashotora abatamushyigikiye ababwira ko kuri ubu babuze icyo bakora kuko […]

Burundi: Minisitiri w'Amazi n'ibidukikije yishwe arashwe

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 1 Mutarama 2017, Minisitiri w’Amazi n’ibidukikije mu gihugu cy’u Burundi yishwe arashwe mu mujyi wa Bujumbura. Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kiriya gihugu avuga ko uyu Minisitiri Niyonkuru Emmanuel yarashwe n’abantu bataramenyekana ariko umugore wari kumwe nawe akaba yahise atabwa muri yombi ngo akorerweho iperereza. Urupfu rw’uyu muminisitiri […]

“Ntacyo tuzemera ko cyasubiza inyuma ibyo twagezeho” Perezida Kagame 2017 (VIDEO)

Mu butumwa busoza umwaka wa 2016 bukanatangiza uwa 2017, umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yongeye kwibutsa abanyarwanda gukomeza ibikorwa bigamije iterambere ry’igihugu, anatangaza ko u Rwanda rwiteguye guhangana n’icyo ari cyo cyose kizaba kigamije gusubiza inyuma ibyo igihugu cyagezeho. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “Banyarwanda, banyarwanda kazi, nshuti z’u Rwanda ndabasuhuje kandi mbifuriza mwese umwaka mushya muhira […]

Uko Abatuye isi bari kwizihiza umwaka mushya wa 2017 (AMAFOTO)

Abatuye isi bari mu birori bikomeye byo kwizihiza umwaka mushya wa 2017, ibi birori byiganjemo kurasa mu kirere no kwishimisha mu buryo budasanzwe, mu bihugu nk’Ubuhinde n’Ubushinwa bari gukoresha Fireworks ziri kwaka hejuru y’amazu mu buryo bunogeye amaso. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”] [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwaka wa 2017 utangiye uzagira iminsi 365 mu gihe umwaka wa […]

Afurika y’Epfo: Ishyaka ANC ryatangiye gushakisha uzasimbura Jacob Zuma

Mugihe muri leta y’Afurika y’Epfo hasigaye imyaka ibiri ngo hakorwe amatora y’umukuru w’igihugu, ishyaka riri ku butegetsi ANC ryatangaje ko bitoroshye kubona uzasimbura Perezida Zuma nubwo ritakimushaka nk’umukandida wakongera kuyobora indi manda. Muri uyu mwaka wa 2016, Perezida Jacob Zuma yaranzwe no gushinjwa ibyaha byiganjemo ibya ruswa ndetse no gukoresha umutungo w’igihugu mu nyungu ze […]

Ibimenyetso 10 bizakubwira ko umugore wawe arimo kurangiza mu gihe cy'imibonano mpuzabitsina

Mbese muri make kurangiza k’umugore ntabwo ari ibintu biza ngo uhite ubibona nkuko umugabo bigenda ni nayo mpamvu abagabo benshi batanabisobanukirwa, ukabaza umugabo uri nk’umuganga uti, ese umugore wawe ajya arangiza iyo mutera akabariro, akagusubiza agira ati: “nabibwira niki se? Mu byukuri umugore urimo kurangiza nuko aba ageze ku ndunduro y’ibyishimo mu imibonano mu mibonano […]

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi mu ihurizo nk’iry’umwana w’intama n’ikirura

Muri Politiki na Dipolomasi mpuzamahanga hari ubwo ibihugu bikimbirana mu bigaragara nk’ibibazo karundura amahanga yandi agahaguruka reka sinakubwira akajyaho agakiza akitambika hagati y’ibihugu 2 cyangwa byinshi biba bifite ikibazo gishobora kuyahanganisha gisirikare cyangwa mu buryo ubu cyangwa buriya.   Twagiye twumva aho ibihugu 2 byagiye bikimbirana ndetse bikanakora ku ntwaro bikesurana imbaga y’abantu ikahatikirira.   […]

Umwaka wa 2016 wari uw’amaraso- Guverineri Paluku (Nord Kivu)

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, nibwo Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Julien Paluku Kahongya yatangaje ko mu ntara abereye umuyobozi haranzwe n’amaraso muri uyu mwaka urimo kurangira wa 2016. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ati: “twaje kumenya ko umwak wa 2015 wari mwiza, umwaka wa 2016 waranzwe n’ubwicanyi […]

2016: Ap. Mukabadege yiswe Interahamwe, Ap.Gitwaza yitwa umubeshyi naho Aline Gahongayire we arara yipfumbase

Mu gihe umwaka wa 2016 ubura amasaha abarirwa ku ntoki ngo urangire, mu matorero n’amadini yo mu Rwanda hagiye hagaragara ibikorwa bitandukanye umuntu yakwita byiza ariko hakagaragara n’inkundura ku bayobozi, bigera no mu baririmbyi n’abakiristu. Aha twahera ku Nkurundura yagaragaye mu itorero “Umusozi w’ibyiringiro” rya Apotre Mukabadege Liliane wariryaniyemo n’umugabo we Ap. Bizimana Abrahim. [xyz-ihs […]

Perezida Nkurunziza yagaragaje ko nyuma ya 2020 ashobora kuzakomeza kuyobora ubuziraherezo

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016, Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi, yakuriye inzira ku murima abamubazaga ikijyanye no kuba yakwiyamamaza kuri manda ya kane mu mwaka wa 2020. Mu gusubiza iki kibazo, Perezida Nkurunziza yabatangarije ko nawe ubwe atakora ibirenze ku byifuzo by’abaturage abereye umuyobozi ndetse n’Itegeko Nshinga rikubiyemo amategeko muri […]

Polisi y’u Rwanda ibifashijwemo na Interpol yafashe ibikoresho n’ibiribwa bitujuje ubuziranege

Kuva ku itariki ya 15 kugeza kuya 16 Ukuboza 2016, ibihugu bihuriye mu muryango uhuza Polisi mpuzamahanga (Interpol) byo mu muryango uhuza abayobozi bakuru ba za Polisi zo mu bihugu 13 byo mu burasirazuba bwa Afurika (EAPCCO), byakoreye rimwe umukwabu wiswe “Operation FAGIA-OPSON II” wo gufata no gukura ku isoko ibikoresho, ibiribwa n’ibinyobwa by’ibyiganano byinjiye […]

Muhanga: Ibibazo by’ihohoterwa bicocerwa mu mugoroba w’ababyeyi

Mu murenge wa Cyeza, buri wa gatandatu wa kabiri w’ukwezi haba umugoroba w’ababyeyi, aho bagaruka ku ngo zibana mu makimbirane. Iyo miryango igirwa inama, buri muntu agategwa amatwi, bakumva uruhare rwe mu makimbirane, abateraniye aho bakabafasha gufata imyanzuro yubaka. Uhagarariye inzego z’abagore mu mudugudu wa Busozi, akagari ka Kivumu, Gato Stephania atanga ubuhamya bw’uburyo umugoroba […]

Kigali: Umunyamategeko Ntabwoba Toy yarashwe arapfa

Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Umunyamategeko Nzamwita Ntabwoba Toy yarashwe n’umupolisi arapfa ubwo yavogereye bariyeri iri hafi y’amasangano y’umuhanda wo kuri KBC. Polisi itangaza kandi ko uyu mugabo yari yasinze, ko ubwo yari ageze muri Rond Point ya Kacyiru ahazwi nka KBC yahagaritswe akanga ndetse agashaka no kugonga umupolisi […]

Amateka ya Rayon Sport yongeye kwisubiramo nyuma y'ibyo yakoze kuri Noheri

Mu mukino wari wahuje ikipe ya Rayon Sports na Kirehe Fc kuri uyu wa 30 Ukuboza mu mukino wabaye ku munsi wa 11 wa Shampiyona, ikipe ya Rayon Sports yihereranye iyi kipe iyipfunyikira ibitego 3-1 Iyi ntsinzi yafashwe nk’umunsi mukuru w’Ubunani ihaye abafana bayo, ije yunga mu y’ubushize ubwo Rayon na none yatsindaga Musanze Fc […]

Arsenal igiye kugarura Shkodran Mustafi mu gihe Walcott adahari

Mu gihe ikipe ya Arsenal ipanga guhura na Crystal Palace, Arsene Wenger yamaze gutangaza ko igiye kuzana umukinnyi Mustafi muri iyi wikende nyuma y’iminsi itari micye atagaragara mu kibuga kubera ikibazo cy’imvune. Uyu musore yari yavunikiye mu mukino wari wabahuje na Stoke mu cyumweru cyashize, aho byari biteganyijwe ko atazasubira mu kibuga mbere y’ukwezi kwa […]

Umubano wa Rihanna na Jennifer Lopez wajemo agatotsi bapfa umusore

Nyuma y’amafoto ya Jennifer Lopez na Drake, bari mu cyumba mu munezero ndetse naho bigaragara basomana, ibi byakuruye ugufuha kwa Rihanna nawe wari umaze iminsi abanye neza n’uyu musore mbere yuko bashana. Mu kugaragaza ko byaba byamukoze ku mutima, Rihanna yivanye mu bakunzi ba Lopez kuri Instagram (unfollow), ibi bikaba byatangaje benshi mu gihe bari […]

Amerika: Ari mu mazi abira azira kwifuriza Perezida Trump urupfu

Nyuma y’urupfu rw’ibikomerezwa bitandukanye hirya no hino ku isi, muri Amerika hagaragaye umugabo witwa Charlie Sheen wifuwifuza ku Donald trump ariwe wakurikiraho. Ku itariki ya 28 Ukuboza 2016, nibwo uyu mugabo yanditse ku rubuga rwe rwa twitter asaba Imana ko Trump yakurikira mu bari gupfa muri ino minsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo yatangaje ibi mu […]

Urubanza rwa Maj Rugombwa rwasubitswe kubera uburwayi bwo mu mutwe bwa murumuna we

Urubanza rwa Maj Dr Aimable Rugomwa na murumuna we rwasubitswe kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016 bitewe n’ibyiswe uburwayi bwo mu mutwe bwa murumuna we bushingiye ku kwivuguruza yagaragaje mu rukiko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urubanza Maj Dr Rugombwa areganwamo na murumuna we kubera kwica umwana w’umuturanyi rwasubitswe kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016 nyuma y’uko ubucamanza […]

Nshaka umukobwa utari mugufi, utarengeje imyaka 26, ufite amataye (Ushaka umukunzi)

Nanjye ndashaka umukunzi, ndumusore. muremure.ariko bitaricyane.ndasha umukobwa.ufite kuva.kumyaka 22kugeza kuri26.ufiturukundo.ufite nakazi murakoze.uwabishaka yambona, email: iradukundajdd@gmail.com [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Undi nawe ati: “Nange ndashak umukunzi ,nitwa Danny ,mfite imyaka 26 ,nkaba nshaka umukobwa utari mugufi ,atari na muremure ,utarengeje imyaka nkiyange 26ans ,ufite amataye agaragara neza ,kandi akaba yarize akarangiza byibuze secondaire ,afite akazi byaba ari akarusho […]

Nyagatare: Abaturage basabwe kwicungira umutekano bakanarangiza umwaka neza

Abaturage b’akarere ka Nyagatare basabwe kuzizihiza imimsi mikuru irangiza umwaka mu mutekano uzira ibyaha. Ubu butumwa bwatangiwe mu murenge wa Kiyombe wo muri aka karere; aho mu kiganiro bahawe na Polisi y’u Rwanda, basabwe kwirinda ikintu cyose cyakorwa kinyuranyije n’amategeko. Ubu butumwa bwatangiwe mu kiganiro Superintendent of Police(SP) Beline Mukamana, uyobora agashami karwanya icuruzwa ry’abantu […]

Twiteguye guhagarika umubano n’u Rwanda mu gihe rutadusabye imbabazi-Perezida Nkurunziza

Perezida wa leta y’u Burundi Nkurunziza Pierre yatangaje ko igihe icyo aricyo cyose u Burundi bwiteguye guhagarika umubano ndetse n’ubundi buhahirane bwakoranaga n’u Rwanda mu gihe u Rwanda rudasabye imbabazi u Burundi. Mu kiganiro perezida Nkurunziza yagiranye n’abanyamakuru mu gihugu cye kuri uyu wa 30 Ukuboza 2016, yatangaje ko u Rwanda nirudasaba imbabazi ku byo […]

Impinduka ku muganda usoza ukwezi kwa 12 n’umwaka wa 2016

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko umuganda usoza ukwezi k’Ukuboza 2016 ari nawo usoza umwaka wa 2016 uzabera mu ngo aho abantu batuye, bitandukanye n’ibisanzwe kuko ubusanzwe uyu muganda wajyaga ubera mu duce dutandukanye tw’igihugu bitewe n’ibyifuzo by’abategetsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuganda usoza ukwezi uba ku wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi, uwusoza ukwezi kwa 12/2016 wagombaga kuzaba […]

Urujijo: Urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana ruracyazamo amazina y’abayobozi bamugambaniye

Mu Kanama 2015 nibwo Gen Adolphe Nshimiyimana, wari umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza mu Burundi yishwe, ubu abashinjwa kugiramo uruhare bakaba barimo gukurikirwa mu nkiko ari bakaba banasaba ko abandi bari muri dosiye imwe nabo bazanwa ariko ntibishyirwe mu bikorwa. Ubwo bagezwaga imbere y’urukiko rukuru rwa Ntahangwa, abantu 7 barimo abasirikare n’abapolisi bashinjwa kwica Adolphe nibwo […]

Uganda: Hashobora kwaduka izindi mvururu muri kaminuza ya Makarere

Hashobora kwaduka indi myigaragabyo muri Makerere Universty nyuma y’uko ubuyobozi bwa kaminuza n’abanyeshuri bukomeje kutavuga rumwe ku itegeko rishya ryo kwishyura amafaranga y’uburyamo (Tuition Fees). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Leta ya Uganda iherutse kongera gufungura kaminuza ya Makerere yari imaze igihe kirenga ukwezi ifunzwe biturutse ku myigaragambyo y’abarimu bishyuzaga umushahara wabo, ubu noneho muri iyi kaminuza hadutse […]

U Rwanda n'ingamba nshya zo kuzana abashinjwa uruhare muri jenoside bari mu bihugu by’Afurika

Leta y’u Rwanda ikomeje umugambi wo kuzana Abanyarwanda baba mu mahanga bakurikiranyweho ibyaha bya jenoside yo muri Mata 1994. Nyamara ntibyoroshye kuko bigaragara ko hakiri ibihugu bikomeje gusa n’ibyimana abo bantu nubwo bahari kandi bazwi. Ni mu gihe kandi ibarura riheruka ryerekanye ko ibihugu byo ku mugabane w’Afurika biza mu myanya y’imbere mu gucumbikira aba […]

Abanyapolitiki 5 bo muri Afurika bifuje kuba abaperezida ariko amaso akaba yaraheze mu kirere

Ku mugabane wa Afrika ni hamwe mu hantu ku isi usanga akajagari mu gusimburana ku butegetsi kurenza ahandi, bituma umuntu yibaza impamvu ibitera ikakuyobera. Dufashe nk’urugero rwa hafi turahasanga bamwe mu bagabo bahirimbanye bubi na bwiza kuzicara muri za Perezidansi z’iwabo nyamara kugeza magingo aya izo nzozi zikaba zigenda ziyoyoka. Aba bagabo hamwe na hamwe […]

Perezida Museveni ntakozwa ibyo kurekura umwami Mumbere

Ibiganiro byahuje perezida Museveni n’abatavuga rumwe na leta bashyigikiye irekurwa ry’umwami Mumbere Wesley Charles bigamije kumusabira imbabazi ngo arekurwe byarangiye Museveni abateye utwatsi asaba abacamanza kuzakora akazi kabo neza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abakomoka i Kasese, ahaheruka kubera intambara yahuje ingabo za leta n’iz’umwami Mumbere ikagwamo abarenga 100, bahagarariwe na Depite Winnie Kiiza, nawe utavuga rumwe na […]

RDC: Abasaga 50 bahitanywe n’umwuzure

Abantu basga 50 bo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo nibo babarurwa ko bamaze guhitanwa n’umwuzure mu gihe ababarirwa mu bihumbi bob amaze guta ibyabo. Iyi mvura idansanzwe yaguye muri iki cyumweru, ngo yatumye imwe mu migezi yo muri iki gihugu irimo uwitwa Kalamu yuzura amari ararenga asanga abaturage mu ngo zabo ndetse yangiza imitungo […]

Urupfu nongeye kurusimbuka, wenda nanjye ndi ku rutonde rw’abazicwa- Twagiramungu

Iyi mvugo ni iya Twagiramungu Faustin, wabaye umunyapolitiki mu Rwanda aza guhunga nyuma yo kuva mu mwanya wa Minisitiri w’Intebe mu mwaka w’1995, ubu akaba aba ku mugabane w’i Burayi. Ku itariki ya 16 Gicurasi 2014 i Buruseli mu Bubiligi, Twagiramungu Faustin nibwo yatangarije itangazamakuru avuga ko yasimbutse urupfu, avuga ko hari abamuhamagaye bamubwira ko […]

Kigali: Hatwitswe ibiyobyabwenge bamwe mu baturage bumvikana mu kababaro

Ibiro 200 by’urumogi, ibinyobwa biri mu makarito 170 y’inzoga za Tiger Gin n’amakarito 168 ya blue sky zose zizwi ku izina rya “Suruduwire” ndetse na litiro 115 za Kanyanga ni byo byatwitswe kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016 mu gikorwa cyabereye ku kimpoteri rusange cya Kigali giherereye i Nduba muri Gasabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Gutwika ibiyobwabyengi […]

Jean Luc Miravumba yashubijwe na Polisi amafaranga yari yibwe

Polisi y’u Rwanda iributsa abaturage kutabika amafaranga menshi mu ngo zabo kuko biha amahirwe abajura yo kuyiba. Ubu butumwa buje nyuma y’aho , habayeho ubujura bukorwa n’abakozi bo mu ngo biba amamiliyoni bamennye ibyumba bya b’abakoresha babo ari bi ba nyir’izo ngo. Ubuheruka ni aho hibwe asaga miliyoni 9,3 y’amanyarwanda , yibwe n’umukozi wo mu […]

Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 3

ABARIHAWE NI BANDE? YEREMIYA 31:31-32 Uwiteka aravuga ati”Dore iminsi izaza, nzasezerana isezerano rishya n’inzu ya Isirayeli n’inzu ya Yuda,ridakurikije isezerano nasezeranye na ba sekuruza, ku munsi nabafataga ukuboko nkabakura mu gihugu cya Egiputa. Rya sezerano ryanjye bararyishe nubwo nari umugabo wabo wabirongoreye. Ni ko Uwiteka avuga. Kuva 34:27-28 Uwiteka abwira Mose ati”Iyandikire ayo magambo, kuko […]

Canada: Abashinjacyaha 2 bahawe igihembo ku bwo gukanira umunyarwanda urumukwiye

Abashinjacyaha babiri bo muri Canada bahembwe kubwo kugaragaza ubunararibonye n’ubunyangamugayo mu kazi kabo by’umwihariko ku myitwarire mwiza bagaragaje mu rubanza rw’umunyarwanda, Gervais “Ken” Ngombwa ushinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Trish Mehaffey The Gazette dukesha iyi nkuru ivuga ko uyu Gervais “Ken” Ngombwa yanafatiwe mu gihugu cy’Amerika mu buryo […]

Ibintu 5 binezeza abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Nk’uko bivugwa mu mvugo izimije kandi yiyubashye, ni ugutera akabariro, abagore rero hari ibibanezeza muri iki gikorwa ku buryo yumva akunze umugabo we ndetse buri iteka agahora yifuza ko yamuhora iruhande. 1.Guteteshwa: Mbere y’uko umugore yinjira mu gikorwa cy’akabariro nyirizina aba yifuza ko ateteshwa, utugambo twiza umubwira n’utundi ushobora kumukorera dutuma yirirwana umuneza, mukajya kugera […]

DRC: Ibintu bishobora gusubira i rudubi nyuma yo gukatirwa kwa Franck Diongo

Urukiko rukuru rwa Repubulika haranira Demokarasi ya Congo rwemeje ko Franck Diongo wo mu ishyaka ry MLP ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Kabila afungwa imyaka itanu, imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yyahise itangaza ko iki cyemezo gishobora kugarura umwuka mubi cyane mu gihugu mu gihe ibiganiro bigamije gutegura amatora y’umukuru w’igihugu hagati y’impande zihanganye byari […]

Hari Banki zidakurikiza amabwiriza ya BNR, amafaranga 5 yarirukanwe ku isoko mu ibanga

Imikorere ya zimwe muri Banki zo mu Rwanda ndetse n’abacuruzi bisa nk’aho ari amategeko bishyiriraho, Banki nkuru y’u Rwanda (BNR) yabajijwe n’iba bene ibyo byemezo yaba ibizi itangaza ko ababikora baba bafite amabwiriza yabo bagenderaho adahuye n’aya banki nkuru y’igihugu ubusanzwe ifite inshingano zo kureberera izindi zose zo mu gihugu ikanita ku busugire bw’ifaranga ry’igihugu […]

Kenya: Raila Odinga yatsinze Kenyatta mu matora y’umukuru w’igihugu kuri Twitter

Mu gihe hakomeje kuvugwa impaka z’urudaca ndetse no guteragurana amagambo mu bayobozi bakuru ba leta ya Kenya ku bijyanye n’ibikorwa by’amatora biri gutegurwa, kuri uyu wa 29 Ukuboza 2016 umwe mu banyamategeko muri kiriya gihugu yashyize ahagaragara amajwi y’amatora y’umukuru w’igihugu yakorewe ku rubuga rwa Twitter aho byagaragaye ko Perezida Kenyatta yatsinzwe amatora. Aya majwi […]

Umuhanzi Drake na Jennifer Lopez mu rukundo rudasanzwe

Amafoto y’umuhanzi Drake ndetse na Jennifer Lopez baherutse gushyira kuy mbuga nkoranyambaga zabo yavugishije abatari bacye aho bigaragara ko bari mu rukundo nta kabuza. Aya mafoto y’aba basitari mu muziki bari kumwe mu cyumba gisa n’ikitabona neza ndetse aherekejwe n’amagambo agira ati”urukundo nta cyo rugurwa”, ni amwe mu mafoto ari kwibazwaho cyane muri iyi minsi […]

Indimi 2 mu kanwa ka Willy Nyamitwe ushinja u Rwanda gushaka kumwica

Willy Nyamitwe, umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri Perezidansi akaba n’umuvugizi wa Perezida Nkurunziza, yatangaje ko iperereza ryagarageje ko abari bagiye kumwica bari bishyuwe n’u Rwanda, mu gihe rwabihakanye ku ikubitiro rwivuye inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Nyamitwe yagize ati: “kuri uyu wa 28 Ukuboza, ukwezi kumwe umunsi ku munsi, ubwo narokaga ngiye […]

Tour du Rwanda: Abakinnyi bose bitabiriye irushanwa bagenewe agahimbazamusyi gashimishije

Minisiteri y’umuco na Siporo yageneye abakinnyi bose bitabiriye irushanwa rya “Tour du Rwanda” riheruka agahimbazamusyi kangana na Miliyoni zisaga 2 z’amafaranga y’u Rwanda buri mukinnyi mu rwego rwo kubashimira ko bitwaye neza mu irushanwa. Nyuma y’uko aba bakinnyi b’u Rwanda begukanye iri rushanwa ku nshuro ya 3 muri iki cyumweru Minisiteri y’umuco na Siporo yatumiye […]

Abagororwa bafungiye ibyaha bya Jenoside basabye imbabazi, bamwe mu barokotse babyita urwiyererutso

Kuri uyu wa 28 Ukuboza 2016 nibwo muri gereza y’Abagore ya Ngoma hakozwe igikorwa kigamije gusaba imbabazi aho bamwe mu barokotse jenoside bari baje gusabwa imbabazi muri iyi gereza bafashe iki gikorwa nk’urwiyererutso basaba ko niba abazizasa babikuye ku mutima bazajya kuzisabira mu miryango yabo aho bakoreye ibyaha. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni igikorwa cyateguwe n’umuryango wa […]

Umuryango w’iwacu bose bari abarozi, baryaga n’abantu- Perezida Nkurunziza

Mu masengesho y’iminsi 7 yo gushima Imana yarinze u Burundi, Perezida Nkurunziza yatanze ubuhamya bwe ku bari bitabiriye uwo muhango bose barumirwa, ababwira uburyo mu muryango avukamo bose bari abagome kabuhariwe. Yagize ati: “Uwarenze ku ntambwe yari papa, abandi bose ntawarengaga umwaka wa gatandatu, kandi bose ntibasengaga Imana, bari abarozi gusa[ abantu baraseka cyane ], […]

Nyarugenge: Yafatanywe moto bikekwa ko yibwe

Nisingizwe Jean d’Amour, afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Kimisagara nyuma yo gufatanwa moto ifite nomero za purake RD 060H bikekwa ko yibwe I Remera mu karere ka Gasabo. Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge yafatiye Nisingizwe mu mudugudu wa Nyabugogo, akagari ka Kimisagara , mu murenge wa Kimisagara , mu gitondo cyo […]

Israel si yo ibona Obama avuye mu nzira ikareba ko yarwariza kuri Trump

Nyuma y’aho ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, John Kerry, Umunyamamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, agaragarije impamvu igihugu cye giherutse gutererana Israel muri Loni ku mwanzuro iherutse gufatirwa, agatangaza ko leta 2 zigenga, Israel na Palestina, ari cyo gisubizo cyonyine cy’ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi, Minisitiri w’intebe wa Israel, […]

Mali nayo yaba igira uruhare mu irekurwa ry’Abanyarwanda bakoze jenoside bahafungiye

Kurekura abahamijwe ibyaha bya jenoside bari bafungiye muri Mali batarangije igihano bakatiwe guherutse kuba mu ntangiriro z’Ukuboza, ubwo harekurwaga Ferdinand Nahimana na Padiri Emmanuel Rukundo, kwababaje Guverinoma y’u Rwanda, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside, Ishyirahamwe ry’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Ibuka, ndetse bikoma umucamanza Theodor Meron wabarekuye, ariko ngo igihugu cya Mali nacyo cyaba kigira uruhare […]

Uganda: IGP Kale Kayihura ngo ahangayikishijwe n'umutekano we

Umukuru w’igipolisi cya Uganda, IGP Gen. Kale Kayihura, yeruye atangaza ko iyo ari mu biro bye ahitwa Naguru, aba yumva adatekanye . Ibi akaba yabitangarije itangazamakuru kuri uyu wa Gatatu mu kiganiro ku myiteguro yo gucunga umutekano mu bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka aho yakomeje avuga ko igipolisi kidakwiye kwigisha abaturage icyo bakwiye gukora mu […]

Igisirikare cya Uganda UPDF kirashinjwa gukorera itoteza ry’indengakamere bamwe mu bo bakorana

Igisirikare cya uganda kirashinjwa gukorera ihohotera ry’indengakamere umwe mu basirikare bacyo witwa Majibu Ssebyara ufite ipeti rya Kaporali ashinjwa uruhare mu bwicanyi bwakorewe mu gihugu cya Somalia mu minsi yashize. Nk’uko bigaragara mu nkuru yatangajwe n’ikinyamakuru daily monitor gikorera mu gihugu cya Uganda ari nacyo dukesha iyi nkuru, iki gisirikare kirashinjwa ibikorwa by’ubugizi bwa nabi […]

Amapfa no gukura hanze y’u Rwanda byinshi ku isonga ry’ibyatesheje agaciro ifaranga

Banki nkuru y’igihugu yatangaje ko ifaranga ry’u Rwanda rikomeje guta agaciro bitewe n’impamvu nyinshi zirimo amapfa yateye mu karere ndetse no kuba u Rwanda rwohereza hanze ibicuruzwa bike kandi rugakurayo byinshi, amabanki yo mu Rwanda yo yagenze biguru ntege mu gutanga inguzanyo bitewe no gutinya kwamburwa kuko abahinzi nanubu bataragirirwa icyizere. Byatangajwe na Guverineri wa […]

Uganda: Umunyamideli Nina Mirembe yongeye gushyira hanze amafoto ashotora abagabo

Ku munsi w’ejo tariki ya 27 Ukuboza 2016, nibwo uyu munyamideri wamenyekanye cyane mu gihugu cya Uganda Nina Mirembe yashyize ku karubanda amafoto ye yambaye utwenda tw’imbere ku mucanga. Aya yamoto yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga za facebook na instagram, yaherekejwe n’amagambo ya bamwe mu bakunzi be avuga ko ari uburyo bwo kongera kwikururira abagabo […]

Uganda: Agace gatuwe n'ababa muri Nyakatsi kibasiwe n’inkongi y'umuriro

Abantu basaga 30 bo mu karere ka Tororo mu gihugu cya Uganda bamaze amajoro barara munsi y’ibiti nyuma y’uko inzu zabo zibasiwe n’inkongi baro mu birori bya Noheli. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu avuga ko aka gace kari gatuwe n’abantu baba mu nzu z’ibyatsi, zibasiwe n’inkongi batazi icyayiteye ubwo barimo bizihiza Noheli. Fredrick […]

Havumbuwe Farumasi zicuruza imiti y’amatungo ya magendu

Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi bwatangaje ko bumaze gutahura amaguriro y’imiti y’amatungo 5 acuruza imiti itujuje ubuziranenge, ibintu aborozi bavuga ko byagize ingaruka ku matungo yabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Farumasi zafashwe ngo zasanganywe imiti itujuje ubuziranenge irimo uwica uburondwe ku nka witwa NOROTRAZ n’undi witwa wa Bupanor, imochem na Butachem ikoreshwa mu bihugu […]

FIFA: U Bwongereza ku isonga mu kugira abakinnyi benshi ku rutonde rw'abazamu 10 b’umwaka wa 2016

Nyuma y’uko Federation mpuzamahanga y’umupira w’amaguru ishyize ahagaragara urutonde rw’ibihugu uko bigenda bisumbana mu manota mu mwaka wa 2016, hari n’urutonde rw’abazamu 10 babaye indashyikirwa muri uyu mwaka dusiza, ariko aba bazamu bakaba biganjemo abagaragaye cyane mu irushanwa rya Premier leaguer ryo mu Bwongereza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko abo bakinnyi bakurikirana mu buryo bw’amafoto   […]