Umuhungu wa Oussama Ben Laden mu nzira zo gutera ikirenge mu cya se

Umuhungu wa Oussama Ben Laden ukiri muto yaba yatangiye gutera ikirenge mu cya se, aho kuri ubu yatangiye guhamagarira urubyiruko rwo muri Arabia Saoudite rutishimiye ubuyobozi bw’iki gihugu, guhaguruka bakaburwanya bakabuvanaho. Uyu muhungu w’imyaka 23 witwa Hamza Ben Laden akaba asaba uru rubyiruko kwiyunga kuri al-Qaida ifite ibirindiro mu gihugu cya Yemen bagatangira urugamba rwo […]

John Mackinstry watozaga Amavubi yasezerewe

John Mckinstry wari umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, amaze kwirukanwa ku mirimo ye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Iyi nkuru yari yabanje guhwihwiswa ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, aho rumwe mu mbuga za siporo hano mu Rwanda rwari rwatangaje ko rufite amakuru yizewe yuko umutoza Mckinstry yari ari mu nzira […]

Ese kuki hari igihe bahaga umwana itabi mu gihe cyo kumwita izina no kurya ubunnyano?

Mu gihe cyo hambere Umuhango wo kurya ubunnyano no kwita umwana izina ugikurikizwa wasangaga hari igihe biba ngombwa ko uwo mwana bamuha itabi. Ese ibi byaterwaga ni iki byakorwaga gute? Ubusanzwe uyu muhango wo kurya ubunnyana wakorwaga igihe umwana yabaga amaze iminsi 8 avutse aho ababyeyi bateguraga uwo munsi ku buryo budasanzwe ariko ahanini ukaba […]

Muhanga: Haritegurwa imurikagurisha ku rwego rw'intara

Biteganijwe ko Akarere ka Muhanga kazakira imurikagurisha ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo riteganijwe kubera ku kibuga cy’Inzu ndangamuco ya Muhanga (Centre culturel) hagati y’italiki ya 31 Kanama n’iya 12 Nzeri uyu mwaka. Nkuko bitangazwa na Perezida w’Urugaga rw’abikorera mu Karere ka Muhanga, Bwana Kimonyo Juvenal, ngo imirimo yo gutegura iri murikagurisha irarimbanyije. Bwana Kimonyo avuga ko […]

RDC: Abakozi 3 ba Caritas Congo bari bashimuswe na FDLR barekuwe

Abakozi batatu ba Caritas Congo bari bashimutiwe kuri uyu wa kabiri ushize mu burasirazuba bwa Congo n’abarwanyi bakekwaho kuba mu mutwe wa FDLR, barekuwe. Nk’uko byatangajwe n’ushinzwe itumanaho muri Caritas Congo, Guy-Marin Kamandji, ngo abakozi batatu babo bashimutiwe hafi ya Goma barekuwe kuri uyu wa Gatatu, ariko ntiyagira byinshi atangaza ku kuntu aba barekuwe. Kuwa […]

Nyarutarama: Ukekwaho iterabwoba yakomerekeje umupolisi amurashe mbere yo kwicwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yakurikiranye ikarasa umuntu wakekwagaho gukorana n’imitwe y’iterabwoba wari wihishe mu nzu i Nyarutarama. Polisi y’igihugu mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane ikaba yatangaje ko uwo wakekwaga ari uwitwa Channy Mbonigaba wari waturutse mu Karere ka Rubavu. Kuva mu mwaka ushize, igipolisi cy’u Rwanda kivuga ko gikurikirana abantu gikekaho […]

Abasirikare b’Abarundi bagera kuri 14 batorotse

Aba basirikare bakomoka mu Burundi bandikiye umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi ko badashobora gutaha iwabo kubera gutinya ko bagirirwa nabi nk’uko bikorerwa bagenzi babo bo mu bwoko bw’Abatutsi. Nk’uko bitangazwa na RFI, ngo abo basirikare bagera kuri 14, barimo n’abapolisi bakaba bari bari mu butumwa hanze y’igihugu, bakaba batangaza ko bafite impungege z’uko bazafungwa bakanicwa […]

Nyarugenge: Abayobozi b’inzego z’ibanze basabwe kwita ku isuku n’umutekano

Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mihigo yasinywe muri Nyakanga 2016 hagati ya Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali n’uturere tuwugize igamije gukomeza kwita ku isuku n’umutekano mu mujyi wa Kigali, haganiriwe icyakorwa ngo yeswe. Ni kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Kamena mu nzu mberabyombi y’akarere ka Nyarugenge, ahabereye inama yari […]

Ibicuruzwa biva i Burundi bikomeje guhenda cyane mu Rwanda

Mu minsi ishize Reta y’u Rwanda nibwo yari yatangaje ko ihangayikishijwe n’igihombo cy’ibyo yoherezaga mu Burundi, ariko ko ibyavagayo izajya ibikura ahandi ariko abacuruzi bo mu masoko atandatukanye ndetse n’abaguzi baravuga ko bahangayikishijwe no kubura kw’imbuto cyane cyane izaturukaga mu gihugu cy’i Burundi. Imbuto nyinshi zavaga i Burundi zirimo indimu,imyembe,mandalene n’izindi ubu n’aho ziboneka ntizigurwa […]

Paul Manafort wamamaza Donald Trump yanabaye umujyanama wa Mobutu

Umuyobozi ushinzwe kwamamaza Donald Trump mu rugamba rwo guhatanira kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, Paul Manafort yigeze kuba umujyanama ukomeye wa Perezida Mobutu wigeze gutegeka Congo-Kinshasa icyitwa Zaire. Nyuma yo guhuza Perezida Mobutu na Nixon wigeze kuyobora USA, Paul Manafort yigeze no kuba umujyanama ushinzwe kwamamaza Perezida wa Ukraine , Viktor Ianoukovitch icyo gihe […]

Inuma itungo rishimishije rifite urukundo rugereranywa n’urw’ abantu

Mu Rwanda ubuhinzi n’ubworozi bumaze gutera imbere aho umuhinzi mworozi amaze kumenya ko, kuvuza itungo ari ngombwa igihe rirwaye, umuco wo kuvuga ko itungo rirwaye barirya ugenda ucika. Tumenyereye ubworozi bw’amatungo maremare ndetse n’amagufi, kandi tuzi ko ubuhinzi n’ubworozi bijyana. Kimwe ni umwitero ikindi ni umukenyero! Ubworozi bw’Inuma aribwo dushaka kuvuga ho mu magambo make, […]

Uwashinze ishyaka Perezida Joseph Kabila abarizwamo ashinjwa kugira ubwenegihugu bubiri

Ikibazo cyo kugira ubwenegihugu bubiri cyongeye guhagurikirwa ubwo abayobora ishyaka PPRD bashinjaga Charles Mwando Nsimba gutunga ubwenegihugu bwa Congo n’ ubw’ Ububiligi mu gihe Itegekonshinga ry’ iki gihugu ryemera ubwenegihugu bumwe. Depite Mwando Nsimba uri mu ngenzi mu bashinze ishyaka PPRD , Perezida Joseph Kabila abarizwamo yatangaje ko afite ubwenegihugu bumwe gusa ari ubwa b’ […]

Brazzaville: Umunyarwanda yegukanye umudali wa Bronze mu gice cya marato

Sebahire Eric ukinira ikipe y’u Rwanda mu mikino ngororamubiri, yegukanye umudali wa Bronze mu gice cya marato muri Congo Brazzaville “Semi Marathon International de Brazzaville 2016”. Mu isiganwa ryari ribaye ku nshuro ya 13 ryabaye taliki 14 Kanama 2016, Sebahire yabaye uwa 3 mu gusiganwa ibilometero 21 akoresha isaha imwe, iminota 5 n’amasegonda 36. Umunyakenya […]

Abanyeshuri 442 Birukanwe muri Kaminuza y'u Burundi

Kaminuza y’Uburundi iherutse gufata ingingo yo kwirukana burundu abanyeshure 422 bo mu gace k’Indome muri uyu mwaka w’amashuri wa 2015- 2016. Iyo ngingo yafashwe inyuma y’amezi abiri abo banyeshure bari bamaze mu myigaragambyo, Abanyeshure birukanywe bavuga ko barenganijwe kubera bari bemeye gusubira mw’ishure mu gihe bategereje ko ibibazo gishakirwa igisubizo. Abayobozi ba kaminuza y’Uburundi bemeza […]

Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’akarere k’Iburasirazuba ry’indirimbo za Gospel

Kuri iki cyumweru nibwo kuri stade Amahoro hateganyijwe usozwa ry’iserukira muco ry’iminsi ibiri ry’indirimbo zihimbaza Imana, rizaba ku nshuro yaryo ya 9 rikazahuza amakorali 13 azaturuka mu bihugu bitandukanye muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Iri serukiramuco ry’indirimbo zihimbaza Imana rigiye kubera mu Rwanda bwa mbere rikazajya ritangira saa munani z’amanywa. Rev. Mutabazi Erisa, umupasitori […]

Nyuma yo gufatwa anywa urumogi, Malia yashyizwe mu ihaniro na se Obama

Nyuma yo gufatwa Anywa urumogi, umukobwa wa Perezida Obama “Malia” yashyizwe mu ihaniro na Se ngo amufashe gusubira mu buzima busanzwe buzira ibiyobyabwenge. Uyu mukobwa yafashwe na kamera ubwo yari mu birori by’iserukiramuco bya Lollapalooza atumura umwotsi w’ikiyobyabwenge cya Marjuana, na mbere yaho akaba yari yarafashwe abyina indirimbo mu buryo bukurura abagabo. Perezida Obama Ise […]

Dosiye: Ese nyiri Golf Eden Hotel yaba yarahatiraga abakozi gusambana n’abakiriya?

Hashize iminsi hacicikanye inkuru ivuga ko Mugambira Aphrodise yahatiraga abakobwa bamukorera muri Hoteli Golf Eden Rock kuryamana ku ngufu n’ abakiliya. Mu iperereza ryigenga Bwiza.com yakoze mu rwego rwo kumenya amakuru ajyanye n’ibyo Mugambira Aphrodis nyiri Hoteli Golf Eden Rock avugwaho, twaganiriye n’ abantu batandukanye bafite amakuru ku mikorere rusange ya Golf Eden. Abantu 11 […]

Burundi: Umuturage ashinja inzego z’ umutekano kumutera urushinge ku mabya

Ibi byagiye bishimangirwa cyane muri raporo ya Loni aho byagaragaye ko hari ubwicanyi bukabije ndetse n’ iyicarubozo abashinzwe umutekano bakomeje gukorera abaturage. Kuva muri Mata 2015, u Burundi bwinjiye mu icuraburindi nyuma y’ aho Pierre Nkurunziza agundiriye ubutegetsi agahitamo kuyobora manda ya 3 binyuranyije n’ Itegekonshinga rigenga igihugu cye. Umwe mu bantu batewe inshinge ku […]

U Rwanda ngo ruzungukira byinshi mu muryango Nyafurika ku bufatanye mu ikoranabuhanga (ATU)

Umushinga w’itegeko ry’ubufatanye Nyafurika ku ikoranabuhanga (ATU) African Telecommunication Union waganiriweho mu namama y’abaminisitiri ngo uzagira akamaro u Rwanda gakomeye nk’uko byagarutsweho na minisitiri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean-Philbert Nsengiyumva. Ubu bufatanye bwatangiye mu mwaka w’ 1999 butangirizwa muri Afurika y’Epfo mu mugi wa Cape-Town hagamijwe kunoza uburyo amakuru agera ku baturage, ndetse no kunoza ubufatanye ku […]

Abapasiteri 2 bungirije Umuhanuzi Mboro, bafotowe baterera akabariro abagore babo mu bihuru

Abapasiteri 2 bivugwa ko bungirije Umuhanuzi Paseka Motsoeneng uzwi ku izina rya Mboro, bafashwe banafotorwa bakorera imibonano mpuzabitsina n’abagore babo mu bihuru mu mpera z’icyumweru gishize. Mu gace gakikijwe n’ibihuru ahahoze ikibuga cy’indege mu majyepfo ya Durban ho muri Afrika y’Epfo aba bafatiwemo, bivugwa ko hasanzwe harabaye indiri y’ubusambanyi no kwishimisha ku bakundana. The southern […]

Kigali: Abamotari bataranzwe n’ isuku byakwangiza isura y’ igihugu

Umujyi wa Kigali ukomeje guhwitura abamotari bitewe na bamwe muribo bakomeje kunengwa n’abakiriya kubera umwanda ubagaragaraho. Muri abo bamotari nabo bemera ko hari bamwe muri bagenzi babo bakigaragaraho umwanda k’ uburyo bishobora guhesha isura mbi igihugu cyane cyane ko mu bagenzi haba harimo n’abanyamahanga. Abagenzi bakunze kugenda kuri moto usanga binubira abamotari kuko ngo basanga […]

Rayon Sports yanyuze muri humye Gicumbi Fc iyitwara “Maso”

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru ko Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso yagizwe umutoza mukuru wa Gicumbi Fc, bidatinze hakaba hamenyekanye andi makuru ko ikipe ya Rayon Sports yamwigaruruye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, nibwo amakuru yageze ku bitangazamakuru ko Maso yageze muri Rayon Sports nk’umutoza uza kungiriza Masudi Djuma. […]

Imodoka y'umuryango (UNHCR) yakoze impanuka ipakiye urumogi

Imodoka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) yo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser yakoze impanuka kubera umuvuduko urenze utegetswe yasanzwemo ibiro 86 by’urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobard Kanamugire yavuze ko iyo mpanuka yabereye mu kagari ka Kanazi, ho mu murenge wa Ruharambuga ku […]

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bambitswe imidari- AMAFOTO

Abapolisi b’u Rwanda 240 bakorera mu mutwe wa FPU mu butumwa bwa Loni muri Sudani y’Epfo (UNIMISS) , ku italiki ya 15 Kanama bambitswe imidari y’ishimwe kubera akazi bakoze muri iki gihugu. By’umwihariko, bashimiwe akazi bakoze mu duce twa Upper Nile na Malakal mu majyaruguru y’iki gihugu. Komiseri wa Polisi muri UNMISS , CP Bruce […]

Roméo Dallaire wafashije FPR-Inkotanyi ngo niwe ugambanira Perezida Nkurunziza

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ishyaka CNDD FDD, riri ku butegetsi mu Burundi, bikomye Abanyekanada 2 aribo RomĂ©o Dallaire wahoze ayoboye ingabo za MINUAR mu Rwanda na Louise Arbour wari umucamanza mukuru mu rukiko rw’ i Arusha (TPIR) mu gihugu cya Tanzaniya, ko bafite intego yo guhirika ubutegetsi bw’i Burundi. Aba banyamuryango ba CNDD FDD bavuga […]

Kuki ibitangazamakuru byinshi byo mu Rwanda bitavuga aho byavanye inkuru-Richard Irakoze

Hashize igihe kitari gito umunyamakuru Richard Irakoze ukorera Izuba Rirashe yibaza impamvu ibitangazamakuru byo mu Rwanda bidaquotingana? Kuri iyi ngingo ibusanyije n’ amahame y’ itangazamakuru Irakoze yibaza ikibazo cy’ ingutu kigira giti:” Ese koko nta makuru bamwe bavana ku bindi bitangazamakuru byo mu Rwanda?”. Akoresheje urubuga rwe nkoranyambaga rwa Facebook , Irakoze yakomeje agira ati:” […]

Xavere Yankurije acurunga igikoresho gakondo kidasanzwe kizwi

Hashize imyaka itarenze 2 gusa, umunyarwandakazi Xavere Yankurije atangiye gucuranga igikoresho gakondo bita IGONDEERA gitandukanye cyane n’ IKONDERA abanyarwanda basanzwe bamenyereye. Mu kiganiro na Bwiza.com, Xavere Yankurije bakunze kwita Gatesi yadutangarije ko kumenya gukoresha iyi nanga (igondera) abikesha bwa mbere na mbere Imana. Tumusanze mu rusengero aho yacurangiraga aho Gisozi yadutangarije ko n’ ubwo yari […]

Mugabo,dore ibimenyetso 4 byakwereka ko umugore yagupinze mu gihe cyo gutera akabariro

Mu gihe cyo gutera akabariro usanga abagabo bamwe na bamwe bita ku byishimo byabo ntibarebe ku bo barimo kugatera ngo bamenye uko bamerewe niba babishimiye cyangwa babapinze, nyamara hari uburyo umugabo akwiye kwitaho akamenya niba umugore amufata nk’inzobere cyangwa niba yamupinze. Bimwe muri ibyo bimenyetso umugabo akwiye kwitaho ni ibi bikurikira: 1.Umugore ahumeka bisanzwe Akenshi […]

Ijambo ry’ Imana: Ukwizera kutagira ibikorwa kuba gupfuye ubusa

Uyu munsi tugire kurebera hamwe ’’Kwizera’’, bibiriya itubwira neza ko kwizera ko nyine kudahagije iyo kudafite imirimo. Yakobo 2: 14 17; haravuga ngo: “mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga ko afite kwizera ariko nta mirimo? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza? Cg se hagira mwese Data w’ umugabo cg w’ umugore wambaye ubusa, kandi […]

Ngoma:Abagabo bashinja abagore babo kwitwaza uburinganire basenya ingo

Abagabo batuye mu kagali ka Ndekwe Umurenge wa Remera mu Karere ka Ngoma, bashinja abagore babo kwitwaza uburinganire bagakora ibikorwa biteza amakimbirane mu ngo. Bimwe mubikorwa bikorwa na bamwe mu bagore bitwaje uburinganire harimo, kujya mu tubari bagasinda bagataha nijoro no kugurisha imitungo y’urugo batabwiye abagabo. Uku kumva nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye ngo bituma hari […]

Ibitego Arsenal yatsinzwe na Liverpool bigiye gutuma Wenger agura abakinnyi babiri

Nyuma yo kunyagirwa imvura y’ibitego na Liverpool mu mukino wabaye mu mpera z’icyumweru gishize,Arsenal ngo igiye kugura abandi bakinnyi 2 bazayifasha kwihimira mu indi mikino iri imbere. Arsene Wenger atangaza ko iyi kipe ikeneye ibikorwa by’ubucuruzi muri iyi Shampiyona, nyuma yo kubabazwa n’ibitego 4-3 yatsinzwe na Liverpool. Uyu mutoza asobanura ko kandi impamvu Liverpool yamuboneranye […]

Ugisha inama: Yanze gucuragura nk’umurage wa se none ari mu mazi abira

Data yapfuye mfite imyaka 13, navutse ndi umuhungu umwe mu bakobwa bane. Mbere yo gupfa yajyaga akora imihango njye mfata nk’iya gipagani, yajyaga ambwira ko ari njye uzamuhamba ngo nkanahabwa amabanga menshi akomeye y’umuryango. Ubwo yamaraga gupfa nyuma y’imyaka 2 gusa nibwo natangiye amashuli yisumbuye, nataha nje mu biruhuko data wacu akambwira ko hari amabanga […]

Lusaka: Mu kwizihiza intsinzi ya Perezida, biyambuye ubusa

Nyuma y’ aho amakuru atangaza ko Edgar Chagwa Lungu yegukanye intsinzi mu matora ya Perezida wa Zambia atsinze Hakainde Hichilema ku manota 50. 3% ashyizwe hanze, abaturage batari bacye bizihije iyi ntsinzi biyambuye ubusa. Mu mihanda y’ umurwa mukuru wa Zambia i Lusaka ndetse no murwa wa kabiri i Ndola, abari bashyigikiye ko Perezida Edgar […]

Umugore wibye uruhinja akarurera imyaka 20 yakatiwe gufungwa imyaka 10

Umugore wo muri Afurika y’Epfo yahamwe n’icyaha cyo kwiba umwana akamurera nk’uwe kugeza imyaka 20,bituma akatirwa gufungwa imyaka 10. Urukiko rwo muri icyo gihugu rwemeje ibyo, nyuma y’uko uyu mugore w’imyaka 51 y’amavuko rumuhamya ibyaha 2, birimo kuba yarariganyije, akanashimuta. Amakuru atangazwa na BBC, avuga ko uyu mugore yibye urwo ruhinja “Zephany Nurse” ubwo rwari […]

Amayobera ku itanga ry’ umwami Mutara III Rudahigwa

Kenshi iyo Abanyarwanda bibutse amateka yabaranze benshi muri bo bemeza ko bari bafite ubumwe busesuye kuko ngo Umuhutu,Umututsi ndetse n’ Umutwa bari bawubanye neza mbere y’ umuzo w’ umukoloni. Iyo ntero rero yakomeje igaruka kugeza magingo aya, aho usanga abanyarwanda by’ umwiyariko turangwa n’ imvugo igira iti”aya mahano yose(ubwicanyi,amacakubiri,urwango,jenoside n’ ibindi)twabirazwe n’ umukolini ari we […]

Kayumba yahamwe n’icyaha, Lt Hafashimana Emmanuel arafungurwa

Muri Mata nibwo Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko gifunze Kayumba Patrick, wari ushinzwe ubutegetsi n’Imari (DAF) na Dr Hafashimana Emmanuel, Umuyobozi wungirije ushinzwe imari muri kaminuza ya UNATEK bashinjwa kunyereza umutungo, kuri ubu Kayumba yahamwe n’icyaha mugenzi we aba umwere arafungurwa. Aya makuru yemejwe na Lt Col Rene Ngendahimana, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda ko Lt […]

“Ese ari imodoka n’umugabo nkwiye kubanza gushaka iki?” Anita Pendo

Anita Pendo usanzwe amenyerewe kuri RBA yahejejwe mu gihirahiro no kwibaza niba agomba kubanza gushaka umugabo cyangwa imodoka, nka kimwe mu bigomba koroshya ubuzima bwe bwa buri munsi. Mu kiganiro Anita Pendo akora buri gitondo na bagenzi be kuri Radio, yumvikanye agisha inama abanyamakuru bakorana ndetse by’umwihariko abaza abamuteze amatwi ngo bamugire inama niba yabanza […]

Perezida Kabila yegereye Kagame ku mpamvu z’ ingutu

Ku italiki ya 12 Kanama 2016, Perezida Joseph Kabila yamaze amasaha mu Mujyi wa Gisenyi uherereye ku mupaka w’u Rwanda na Congo agirana ikiganiro mbonankubona na mugenzi we w’ u Rwanda , Paul Kagame. Indorerezi mpuzamahanga zisanga Perezida J Kabila yahisemo kwiyegereza Paul Kagame kugira ngo amufashe mu kunoza gahunda yihaye ( gukemura ibibazo bimwugarije […]

Ibisasu M23 yasize itabitse byatwitswe

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na MONUSCO, ni uko yatwitse ibisasu biturika byari ibya M23 mbere y’uko itsindwa urugamba muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ingabo za MONUSCO zitangaza ko zatitswe ibisasu 3334 byari byaratabitswe na M23 muri Pariki ya Virunga muri RDC, aho zari zifite ibirindiro bitandukanye. Nyuma yo gutsindwa kw’inyeshyamba za M23 mu mpera […]

Niba warokamwe n’ibi bintu umenye ko iterambere ryawe rikuri kure

Hari ibintu by’ingenzi bibangamira ubuzima n’iterambere ry’umuntu abantu bagakwiye kureka kuko usanga bikunze kokama imibereho ya buri munsi nyamara abantu ntibabiha agaciro kuko babona ko ari ibintu byoroshye. Kutababarira Kutababarira uwaguhemukiye ni kimwe mu bintu byangiza ubuzima bw’abantu kuko bitera umunaniro ukabije w’ubwonko (stress),bikaba intandaro yo kudakora bikaba isoko y’ubunebwe. Ntabwo bivuze ko iyo ubabariye […]

Abofisiye bashya ba polisi baragirwa inama yo kuba abanyamwuga

Iyi ntero yashimnagiwe n’ Umuyobozi mukuru wa polisi y’ u Rwanda, IGP Emmanuel K. Gasana ubwo yibutsaga abofisiye bashyashya ba polisi gushyira mu ngiro ibyo bize kugira ngo bigire umusaruro ufatika mu kazi kabo ka buri munsi. IGP Gasana yagiriye inama aba bapolisi 405 bahawe ipeti rya Assistant Inspector of Police (AIP) bo cyiciro cya […]

Kwishyiramo ko abakobwa ari benshi bikomeje kurangaza abasore bashaka kurushinga

Bitandukanye n’ ibihe bya kera aho ababyeyi bahitaragamo abana babo abo bazarushingana, muri iki gihe usanga abahungu bararegeje barashyize agati mu ryinyo bati abakobwa ni benshi nimbishaka nzabonamo uwanjye. Ibyo bituma bamwe mu rubyiruko rugeze aho gushaka ruvuga ko ibyo gushaka umukunzi w’ ukuri ntacyo bibabwiye ahubwo bakishakira umukunzi w’ijoro rimwe bakibwira ko igihe cyose […]

Musanze: Polisi yemeje ko abantu 4 bagwiriwe n'ikirombe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze , yaboneyeho gusaba abaturage kwirinda gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko kuko bishobora kubatera ingaruka zitandukanye ndetse bikaba binangiza ibidukukije. Ibi kandi byavuzwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira ku itariki ya 15 Kanama, nyuma y’aho aba bantu […]

Burundi: Umunyamakuru Jean Bigirimana arashakirwa mu bapfu

Iminsi imaze kwihirika isaga 25 Umunyamakuru Jean Bigirimana w’ikinyamakuru Iwacu aburiwe irengero, kugeza ubu umuryango we ukaba umushakira mu bapfu nyuma yo kumubura mu bazima dore ko aho batangaje umuntu wishwe bafata iya mbere bajya gusuzuma ko yaba ariwe. Nk’uko byatangajwe na Rfi, ngo ubwo hatahurwaga imirambo ibiri mu mugezi wa Mubarazi, umuryango wa Bigirimana […]

I Burasirazuba :Uruhare rw’ amadini mu iterambere rurashimishije

Umuyobozi w’intara y’Iburasirazuba, Uwamariya Odette, arashima uruhare rw’amadimi mu bikorwa bafatanya n’ubuyobozi mu iterambere ry’iyi ntara. Ibi byashimangiwe kuri iki cyumweru tariki wa 14 Kanama 2016 ubwo EAR diyosezi Kibungo yatangizaga umuryango”Boys and Girls Brigade” w’urubyiruko rugamije ivugabutumwa n’iterambere mu rubyiruko. Guverineri Uwamariya yavuze ko amadini n’amatorero afatanya n’iyi ntara mu bikorwa byo kubaka ibikorwa […]

Uganda: Uwahoze ari Nyampinga yakojejejwe isoni n’umwe mu bagize Souti Sol

Itsinda rya Souti Sol ubwo ryakoreraga igitaramo muri Uganda, umwe mu basore barigize yakojeje isoni uwahoze ari Nyampinga wa Uganda Stella Nantumbwe uzwi ku izina rya Ellah, ubwo uyu mukobwa yamusangaga ku rubyiniro ashaka kumusoma ku ngufu undi akabyanga. Uyu musore akigera ku rubyiniro Ellah ngo yaje abyiga abafana ashaka uko agera kuri uyu musore, […]

Jacques Nyungura mu rugamba rwo kwigisha umuco Abanyarwanda batuye muri Diaspora

Jacques Nyungura ni umwe mu banyarwanda bagize uruhare rukomeye mu gushinga no gutangiza Itorero Ndate Cultural Troupe ribyina imbyino gakondo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iri torero rigizwe ahanini n’ intore zabyinaga mu matorero akomeye yo mu Rwanda nk’Inganzo Ngali, Indahemuka, Imena,Mashirika ndetse na Ballet National (Urucyerereza). Mu kiganiro na Bwiza.com, Jacques Nyungura yemeza […]

Amafoto 20 utabonye y’ubukwe bwa Rene Hebert na Clementine biyicariye mu munyenga wo gusohorezwa isezerano

Nsengiyumva RenĂ© Hubert umunyamakuru wa ibyishimo.com akaba n’umuyobozi wayo yarushinganye na Uwera Clementine bari bamaranye imyaka ikabakaba 6 aho bishimira kuba basohorejwe isezerano n’Imana. Rene akoze ubukwe mu gihe cyari gishize aho yagiye agaragaza uburyo akunda Uwera Cleentine cyane nko kumbuga nkoranyambaga nka za Facebook na watsapp ndetse akajya abibwira na bamwe munshuti ze aho […]

Nyamagabe: Ambulance y’ibitaro bya Kigeme yahiye ivuye kuzana umurwayi

Ingobyi y’abarwayi (ambulance) y’ibitaro bya Kigeme yafashwe n’inkongi y’umuriro kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Kanama 2016, ubwo yari ivanye umurwayi i Nyarusiza mu murenge wa Kamegeri ku bwamahirwe ariko iyi mpanuka ntawe yahitanye. Umuyobozi w’ikitaro bya kigeme, medecin directeur Nzabonimana Ephraim yabwiye umunyamakuru wa bwiza.com ko ingobyi y’abarwayi yari […]

Guinea :Umuco w’abaturage ukomeje kwibazwaho n’abatuye Isi — AMAFOTO

Ubwoko bw’abaturage bwibera inyuma y’imisozi buzwi ku izina ry’Abadani(Dani) mu gihugu cya Guinea bukomeje gutangaza abatuye isi, aho babika imibiri y’abakurambere babo bakayinywamo itabi. Amafoto atangaje yafotowe aba baturage agaragaza umuyobozi w’ubu bwoko afashe igishushanyo gifatwa nk’igisimbura imibiri y’abakurambere, bisobanuye ko iyo umwe muri bo apfuye adashyingurwa nkuko ahandi bigenda ahubwo ngo babika uwo mubiri […]

Ugisha inama: Yasanze murumuna we arimo gusambana n'umugore we

Maze imyaka 4 nshatse umugore, tumaze kubyarana umwana umwe w’umukobwa afite imyaka 2 n’amezi 4, umugore wanjye ndamwubaha ndetse nkeka ko nta nicyo yamburanye kuko ateteshwa ubu kurusha uko yaba yarateteshejwe akibi iwabo. Nta kazi yari yabona ariko nta kintu na kimwe yamburanye (niko nabyita).Tariki ya 30/07/2016 ubwo yari weekend ya nyuma y’uku kwezi kwa […]

Kamonyi: Ikigo cy’urubyiruko kibangamiwe no gukora nta internet

Ikigo cy’urubyiruko gikorera mu karere ka Kamonyi kimaze umwaka gitangirwamo amasomo y’imyuga ariko gifite imbogamizi yo kutagira internet, ibi bituma urubyiruko ngo rutitabira iki kigo. Ikibazo cya internet cyagarutsweho mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Urubyiruko, maze umugore Chantal, umuyobozi w’ishami ry’imiyoborere myiza mu karere, yizeza ko akarere gafite umushinga wo kugeza umuyoboro wa internet […]

Ikigega FONERWA kimaze guha akazi abarenga 60.000

Nyuma y’imyaka ine iyi gahunda itangijwe yo kubungabunga ibidukikije hagamijwe kurwanya imihindagurikire y’ikirere hashyizweho ikigega kitwa (FONERWA) ubu kikaba kimaze gutanga akazi ku barenga 60.000. Ntare Bright, umuyobozi w’iki kigega yatangaje ko gahunda yo gutera amashyamba mu rwego rwo guhangana n’ihindagurika ry’ikirere hamaze guterwa ibiti kuri hegitari 8.500 ku nkombe z’amazi ndetse n’ibindi biti byatewe […]

Inama igirwa abibwira ko bakize

Abahanga mu inyurabwenge ishingiye ku iyobokama bemeza ko hari ugukira kw’ amoko abiri. Hari ugukira ku bintu (imitungo y’ imukanwa n’ itimukanwa) ndetse akaba no gukira ku mutima bigaragarira cyane ku myitwarire ya nyir’ ubwite irangwa cyane n’ urukundo, kwiyubaha, gufasha , kwicisha bugufi n’ izindi gaciro z’ ubumana. Imana mu ijambo ryayo ivuga iti:«Kuko […]

Tinyuka nawe wandike igitabo CNLG izagutera inkunga-Dr Bizimana Jean Damascène

Ibi byashimangiwe n’ Umuyobozi wa CNLG, Dr Bizimana Jean Damascène mu muhango wo ku murika igitabo «Un sachet d’Hosties pour Cinq» (Isashi ya hostiya ku bantu batanu) cyanditswe na MURANGIRA CĂ©sar. Kuri iki gihangano Kivuga ku mateka ya Murangira mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi, Umuyobozi wa CNLG, Dr Bizimana Jean Damascène yamushimiye ubutwari yagize […]

Menya imyitozo wakora ugahorana umubiri ufite ubudahangarwa

Sport ni kimwe mu bintu bifitiye akamaro umubiri w’umuntu kimuzanira ubudahangarwa kikamurinda kurwaragurika kikamurinda amavunane cyangwa kugira umubyibuho ukabije n’indwara zikururwa no kudakora siporo. Hano twabashakiye uburyo bworoshye kandi bwakorwa na buri wese. Kugira ngo uhore wumva umeze neza, ukeneye no kurya ibiryo bifite intungamubiri. Ukibanda cyane ku mboga no ku mbuto. Nkuko bisanze ikintu […]

Dore ahantu 5 umugabo n’umugore bashobora guterera akabariro hatari ku buriri bikabongerera ubushake

Abagabo n’abagore benshi bakunze kwishyiramo ko gukorera imibonano mpuzabitsina ku buriri ari ihame, nyamara ntibazi ko hari ahandi hantu bashobora kuyikorera bigatuma batarambirwa gutera akabariro bakanarushaho gukundana. 1. Mu bwogero (bathroom) Abagore benshi bavuga ko mu bwogero ari ahantu bumva bishimiye kuko baba bumva ari ahantu hari akayaga kandi hahehereye cyane bityo ngo bumva batekanye […]

Muhanga: Abanyamurenge bakomeje gusaba ko Agathon Rwasa aryozwa ubwicanyi bwo mu Gatumba

Abanyamurenge barokotse ubwicanyi bwakozwe na FNL/PALPEHUTU mu Gatumba i Burundi barasaba ko Depite Agathon Rwansa afatwa akaryozwa uruhare rwe mu bwicanyi bwakorewe inzirakarengane 166. Umuhango wo kwibuka ubwicanyi bwakorewe Abanyamurenge bo mu Gatumba mu mpera z’ icyumweru kirangiye habaye ibiganiro ku Isi yose ahari kominote y’ Abanyamurenge ku nsanganyamatisiko igira iti :”Abanyamurenge turasaba ubutabera, abicanyi […]

U Rwanda rugiye gushyigikira abohereza ibicuruzwa ku isoko ryo muri USA

U Rwanda rwashyize ahagaragara miriyoni 10.5 z’amadorali kugirango ibicuruzwa by’Abanyarwanda bigire agaciro ku isoko rya Amerika, kubongerera igishoro, kubagabanyiriza ikiguzi, kwishingira ibicuruzwa byoherezwa hanze ndetse no kubyongerera agaciro cyane cyane ibicuruzwa byoherezwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Izi ngamba zatekerejweho nyuma yuko hagaragaye ikibazo muri aya mezi 3 n’igice hagati y’ibyinjizwa n’ibisohoka mu gihugu […]