Kujyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya ku idini Gatolika bisobanuye iki?
Taliki 15 Kanama ni umunsi ngarukamwaka w’amateka ku idini Gaturika aho ryizihiza ijyanwa mu ijuru rya Bikira Maliya nyina wa jambo aho abakiristu bahamya ko uyu nyina wa Yesu umubiri na Roho bye byajyanywe mu ijuru. Buri mwaka Abakirisitu gaturika bizihiza umunsi mukuru w’ijyanwa mu ijuru rya Bikira Maliya “Assomption de Marie” aho abemera b’iryo […]
Gen. Kayihura arenzeho Perezida Museveni —Joseph Mabirizi
Elton Joseph Mabirizi wigeze kwiyamamariza kuba Perezida wa Uganda yatangaje ko Gen.Kayihura akomeye kurusha abanyapolitiki bose mu gihugu cye ku buryo bibaye ngombwa yakwigizayo Perezida Yoweli Kaguta Museveni. Mabirizi akomeza ashimangira uburyo Gen.Kale Kayihura yakoresheje urubyiruko rwa KIFESI n’ ABAYAYE mu kumushyigikira mu rubanza yari yarezwemo na Dr.Cyiza Besigye. Mu birego bya Dr,Besigye yatanze yavuze […]
Min.Nsengimana yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro ubuyobozi bwiza bafite
Minisitiri w’urubyiruko n’ikoranabuganga, Jean Philbert Nsengimana yabwiye urubyiruko ko rukwiye kubyaza umusaru amahirwe rufite rukesha imiyoborere myiza mu kwiteza imbere ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’urubyiruko mu muryango w’abibumbye, ababwira ko kuba igihugu gifite umutekano n’ubukungu bukazamuka ku buryo bushimishije ari amahirwe bakwiye gukoresha bakagira uruhare mw’izamuka ry’ubukungu bw’igihugu. Nsengimana yabwiye urubyiruko ko bakwiye kubyaza umusaruro […]
Rubavu: Abakiristo ba ADEPR biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha
Abayoboke b’Itorero rya Pantekote ryo mu Rwanda (ADEPR), Paruwase ya Rusiza, ho mu murenge wa Bugeshi, mu karere ka Rubavu biyemeje kuba abafatanyabikorwa mu gukumira ibyaha. Ku itariki 13 Kanama, abagera ku 1500 biganjemo urubyiruko bakoze urugendo rureshya na kilometero enye rwo gukangurira abantu b’ingeri zose kwirinda ibiyobyabwenge. Urwo rugendo barutangiriye mu kagari ka Mutovu […]
Iperereza: Bitinde bitebuke Maj. Buyoya azaryozwa akaga Abarundi bakomeje guhura nako
Kuva igihugu cy’u Burundi cyabona ubwigenge muri 1962 byagiye bigaragagara ko Major Pierre Buyoya wabaye Perezida wacyo inshuro 2 zose yahawe misiyo ikomeye n’ Abafaransa yo gusenya igisirikare cyari cyiganjemo Abatutsi. Kuva igihugu cy’ u Burundi cyabona ubwigenge cyari gifite igisirikare cyiganjemo abo mu bwoko bw’ Abatutsi bitewe n’ uko Perezida Lt. Gen Michel Micombero […]
Sugira Ernest yagiye gukomereza impano ye mu ikipe ya As Vita Club
Umukinnyi rurangiranwa akaba na rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, yerekeje muri Congo Kinshasa aho agiye kwitegura imikino y’umwaka utaha iteganyijwe ikazabifashwamo n’uyu musore. Amakuru atangazwa n’urubuga rwa As Kigali, avuga ko mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere taliki 15 Kanama 2016 ari bwo uyu musore w’imyaka 25 y’amavuko yageze ku kibuga cy’indege ikanombe aherekejwe […]
Major Sabimana wayoboraga FDLR yafashwe
Ingabo za Leta ya Congo (FARDC) nizo zatangaje ko zataye muri yombi Sabimana Iraguha wari uzwi ku izina rya Mugisha Vainqueur, wari umuyobozi wa FDLR (Foca). Nk’uko bitangazwa na Radio Okapi, uyu mugabo ngo yafashwe ku wa kane tariki ya 11 Kanama 2016, akaba yareretswe itangazamakuru ku wa Gatanu tariki ya 12 Kanama. Uyu mugabo […]
Perezida Mugabe yahanuriwe ko azajyanwa mu ijuru adapfuye
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yahanuriwe ko atazapfa ahubwo ko azajyanwa mu ijuru ari muzima nk’igihembo cy’uko yitaye ku burenganzira bw’abirabura muri icyo gihugu. Lethobo Rabalongo wahanuye iby’iri jyanwa mu ijuru rya Mugabe yabihishuriwe kuri uyu wa gatanu w’iki cyumweru mu rusengero rwe rwa Zion General Assembly Church aho yavuze ko yabonye uyu musaza agoswe […]
Rihanna yahakanye ko akoreshwa na Sekibi abihamishije umurongo wo muri Bibiliya
Mu gihe abahanzi benshi bakunze gukorera umuziki wabo muri Amerika abenshi muri bo bashinzwa gukorana na Shitani, umuhanzikazi Rihanna ukunze kugarukwaho ko yimitse ubwami bw’imyuka mibi, yabiteye utwatsi abahamishije imwe mu mirongo ya Bibiliya. Ubwo yabazwaga n’itangazamakuru niba yizera Yesu nk’umwami n’umukiza Rihanna yashimangiye ko amwizara kandi akaba yemera ko ashobora byose anatanga urugero rwo […]
RDC: Abapolisi 11 bivuganwe n’inyeshyamba
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko abapolisi 11 biciwe mu mirwano yabahuje n’inyeshyamba z’uwari umuyobozi witwa Kamwina Nsapu, yabereye ahitwa Tshimbulu muri Kananga ho mu Ntara ya Kasai yo Hagati, bashyinguwe kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Kanama. Iyi mirwano muri rusange ikaba yaraguyemo abantu 20. Visi Minisitiri w’Intebe akaba na […]
Indirimbo Sizonje ya Mpoto niyo ndirimbo izindi zirabeshya – Magufuli
“Sizonje” , indirimbo y’umuhanzi Mpoto yashimwe na perezida Magufuli watangaje ko ariyo ndirimbo ivuga ukuri ku bibera mu gihugu no ku buzima bw’igihugu muri rusange. Hari kuri uyu wa 12 Kanama 2016,ubwo umukuru w’igihugu cya Tanzaniya Dr. John Pombe Magufuli yageraga ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiriwe Julius Nyerere akubutse mu ngendo yakoreraga hirya no hino […]
Rubavu: Barishimira imihanda bakorewe ibafasha kugeza umusaruro wabo ku isoko
Abaturage bo mu Mirenge ya Busasamana, Mudende na Bugeshi mu Karere ka Rubavu barishimira ko bakorewe imihanda ibahuza n’Umujyi wa Rubavu none bakaba babona uko bagurisha umusaruro wabo wabaheragaho kubera ko mbere bitari byoroshye kuwugeza ku isoko. N’ubwo ubuhinzi buza ku isonga ry’ibikorwa by’iterambere mu Karere ka Rubavu abahinzi bagaragaza ko butabihutishaga mu iterambere kuko […]
CNLG yishimira ko abarokotse jenoside bahugukiye kubungabunga amateka
Komisiyo y’igihugu ishinzwe kurwanya jenoside (CNLG) ivuga ko hari intambwe yatewe mu kurushaho kubungabunga amateka n’ibimenyetso bya jenoside yakorewe abatutsi. CNLG yabitangaje kuwa 12 kanama 2016 mu muhango wo kumurika igitabo cyanditswe n’umunyarwanda Murangira Cesar kivuga ku mateka ye n’ayaranze igihugu mu bihe bya jenoside. Mu gitabo cye yise “Un sachet d’hosties pour cinq” bishatse […]
Twisekere n’ubundi ubuzima ni bugufi
1. Umugabo umwe yigeze gusurira abantu mu kabari, bamurebye ati:ese murandeba iki; ahari umwenge ntihaca umuyaga!?” Bumvise abashubije gutyo barumirwa maze baraturika baraseka, nawe arongera ati:”ntubona ahubwo; bibaye byiza ubwo musetse!” 2. Umugabo yakubise undi urushyi maze ajya kumurega bageze aho baburaniraga barababaza bati byagenze bite? Ni uko wa mugabo ava hasi akubita mugenzi we […]
New York: Imam w’umusigiti na mugenzi we bishwe barashwe n’umuntu utamenyekanye
Imam w’umusigiti mu mujyi wa New York n’umwe mu bamufashaga kuri uyu Gatandatu, itariki 13 Kanama 2016 ku manywa y’ihangu, barashwe n’umuntu wari wihishe wabashije no gucika. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu n’ubundi igipolisi kikaba kirinze gufata ubu bwicanyi nk’ubushingiye ku iyobokamana, ariko imbaga y’abasilamu ikaba yahise iteranira ahabereye ibi bintu ikamagana urwango […]
Nyuma yo guhiga ko azatwara igikombe Masudi Djuma yasinyiye gutoza Rayon Sports imyaka 3
Nyuma y’imyaka 13 ageze muri Rayon Sports akanagira uruhare mu kuyihesha igikombe cy’amahoro, Masudi Juma yeguriwe iyi kipe nk’umutoza mukuru asinya kuzayitoza imyaka 3. Uyu musore yasinye amasezerano kuri uyu wa gatandatu taliki 13 Kamena 2016 nyuma yuko Rayon Sports yitegura guhagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika (CAF) 2017, akaba yagiriwe ikizere n’ubuyobozi bw’iyi kipe […]
Ruhango: Ibigo by'imari birashinjwa kutorohereza abahinzi kubona inguzanyo
Bamwe mu bahinzi babigize umwuga bo mu Karere ka Ruhango baratangaza ko kuba ibigo by’imari bitaborohereza mu kubona inguzanyo z’imishinga y’ubuhinzi, bituma benshi muri bo batitinyuka ngo babe bakwegera ibyo bigo by’imari mu rwego rwo kugira ngo bibunganire bibaha inguzanyo. Basaba ko ibyo bigo birimo amabanki n’ibindi by’imari iciriritse, byakongera uburyo bwo kubegera kugira ngo […]
Rugombo: Abaturage bahatiwe kwigaragambya bamagana u Rwanda n'u Bufaransa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Kanama, ahitwa mu Rugombo mu Ntara ya Cibitoke mu gihugu cy’u Burundi hazindukiye indi myigaragambyo yo kwamagana ibihugu by’u Rwanda, u Bufaransa n’u Bubiligi, bishinjwa gushyigikira iyoherezwa ry’abapolisi ba Loni mu Burundi. Nk’uko byatangajwe na SOS Media Burundi, abaturage bo muri iyi komini ngo bahatiwe kwitabira […]
Dore bibintu 6 byagufasha kugera ku ndoto zawe ugatera imbere vuba
1.Ntugafatireho icyemezo igihe urakaye Igihe urakaye ntukihutire gufata icyemezo kuko uyobowe n’uburakari kwiyobora aheza biramugora bigatuma ukora ibintu bigayitse utatekerejeho. 2.Shaka akanya ko gutuza igihe ujijinganya ku kintu runaka Igihe ujijinganya utabona neza icyo gukora aho guhuzagurika shaka akanya ko gutuza no kwitaza abandi utekereze neza ubone igisubizo nibiba na ngombwa ugishe inama inshuti yawe. […]
Sudani y’Epfo: Guverinoma iravuga ko itazemera ko igihugu kigarurirwa na Loni
Umuvugizi wa perezida wa Sudani y’Epfo kuri uyu wa Gatanu ushize yamaganye yivuye inyuma umwanzuro w’akanama k’amahoro n’Umutekano ka Loni utanga uburenganzira bwo kohereza ingabo 4,000 za Loni ngo zijye kurinda abasivili b’iki gihugu ndetse zinafashe mu ishyirwaho mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro. Umuvugizi wa perezida Salva Kiir, Ateny Wek Ateny, yabwiye itangazamakuru ko guverinoma ya […]
Bitunguranye Urban Boys yegukanye igihembo cya PGGSS VI
Nyuma y’igihe cy’amezi atatu abahanzi 10 bahatanira kuzegukana irushanwa rya PGGSS VI bazenguruka hirya no hino mu intara z’u Rwanda biyereka abakunzi babo , ryashyize rigera ku musozo waryo kuri uyu wa gatandatu taliki 13 Kanama 2016, aho itsinda rya Urban Boys ari ryo ryegukanye igihembo cy’iryo rushanwa. Ibi birori bikaba byabereye kuri Sitade amahoro […]
Ntitwarinda ibyagezweho tukirangwamo ihohoterwa- V/Meya Nyirabahire
Aya ni amwe mu magambo yayoboye umunsi w’imurikabikorwa ry’ibyagezweho n’abagore bo mu murenge wa Bumbogo wo mu karere ka Gasabo ku nsanganyamatsiko igira iti:”Yego birashoboka”, ku italiki ya 12 Kanama uyu mwaka. Iki gikorwa cyitabiriwe n’umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Languida Nyirabahire ndetse n’abafatanyabikorwa bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’abagore bo […]
Intungamubiri za soya ziruta iziva mu nyama n’amagi bikanatuma imihango y’abagore igenda neza
Soya ni kimwe mu binyamisogwe bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye abahanga banemeza ko ziruta iziva mu nyama na magi byari bisanzwe bimenyereweho kubaka umubiri ku buryo burambye. Soya irusha ibyubaka umubiri inyama n’amagi kuko umuntu wariye garama 100 za soya 36,5 % by’ibyo yariye biba ari ibyubaka umubiri, mu gihe umuntu wariye garama 100 z’inyama 20% […]
Mu Mafoto: Miss Rwanda yitabiriye isabukuru y'imyaka 21 y'umuryango Mwana Ukundwa
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 13 Kanama 2016, kuri Stade ya Huye, mu Karere ka Huye ho mu Ntara y’Amajyepfo, habereye umuhango wo kwizihiza imyaka 21 umuryango, Mwana Ukundwa , umaze ushinzwe, umuhango witabiriye n’abantu batandukanye barimo Mayor Kayiranga Eugene na Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly. Dore uko byari byifashe mu mafoto: Â Kanda hano […]
Diamond yabajije umugore we izina yifuza ko yazita umuhungu we wenda kuvuka
Zari yongeye gushyira hanze amafoto agaragaza ko akuriwe,mu gihe Diamond Platinumz akomeje kuzenguruka mu nshuti ze zose asaba ko bamubwira izina azita umwana bitegura kubyara. Ni kenshi Diamond yakomeje atangaza ko umugore we Zari yitegura kubyara undi mwana uje akurikira imfura ya Diamond Tiffan, ariko gushaka izina azita uwo bitegura kwibaruka byamubereye iyobera nk’uko bitangazwa […]
Ese kuki abagore bataniha mu gihe cyo guterwa akabariro binubirwa n’abagabo?
Ni kenshi usanga abagore baniha, biriza,basakuza , bahumeka cyane mu gihe bari guterwa akabariro aho usanga ngo birushaho gushimisha abagabo babo, mu gihe abandi bagore baceceka binubirwa n’abagabo babo cyangwa bakabata. Ubushakashatsi bugaragaza ko rimwe na rimwe ngo uko kuniha cyangwa kurira ntaho bihuriye n’ububabare n’agahinda! Kandi nta n’ubwo aba yigiza nkana, ntabwo aba abyikoresha, […]
Burundi: Abasirikare babiri bakuru bamaze iminsi baburiwe irengero
Abasirikare babiri bakuru mu ngabo z’u Burundi, Lt. Nkengurutse Claude na Lt. Gahimbare Reverien, baburiwe irengero kuva kuwa gatatu, itariki 10 Kanama 2016, aho bivugwa ko uwa mbere yafashwe n’abantu batamenyekanye mu gihe uwa kabiri wari ukiri umunyeshuri mu ishuri Rikuru rya Gisirikare (ISCAM) nawe yafashwe n’abantu batamenyekanye. Nubwo mu gipolisi cy’u Burundi bitaremezwa, amakuru […]
Mike Karangwa yibasiwe n’abanyamakuru bagenzi be bamushinja gushyira inda imbere
Mu gihe itsinda rizwi nk’Ikirezi Gurupe ryongeye gutegura igikorwa cyo gutanga ibihembo ku bahanzi bahize abandi mu ngeri zitandukanye “Salax Awards” Abanyamakuru banenze imitegurire yaryo ariko cyane cyane bibanda kuri Mike Karangwa bamunenga ko ashaka inyungu ze bwite atarebye ku nyungu rusange. Man Ibrah,Mbata bakorera imwe mu maradiyo y’igenga na mugenzi wabo Niyonzima Eriel uherutse […]
Nta gihombo kiri mu gukurikira Yesu Kristo – Museveni
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yagiriye inama urubyiruko yo kureka Yesu Kristo akayobora inzira zarwo, avuga ko ari urugero rwiza bakwiriye gukurikira. Yagize ati: “Nta gihombo kiri mu gukurikira Yesu Kristo. Azabayobora mu buzima bwanyu kandi nimumunambaho, muzatsinda mu buzima” . Perezida Museveni ibi yabitangarije kuri uyu wa gatanu nimugoroba mu gitaramo cy’indirimbo zihimbaza Imana […]
CNLG yatangije igikorwa cyo gusobanurira abaturage akamaro k’inzibutso
Icyo gikorwa cyatangiriye ku rwibutso rwa Bisesero ruri mu Karere ka Karongi tariki ya 9/8/2016. Ni mu rwego rwo gukomeza umushinga wo kwandikisha inzibutso za Nyamata, Bisesero, Murambi na Gisozi mu Murage w’Isi wa UNESCO. Mu nama Komisiyo igirana n’abaturage baturiye izo nzibutso, hanatumirwa kandi abashinzwe umuco n’ibikorwa remezo mu turere izo nzibutso zirimo, abahagarariye […]
Uganda: Umunyarwanda akurikiranweho magendu y’amahembe y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10
Urukiko rushinzwe gukurikirana ibyaha bifitanye isano na ruswa muri kampala rwafashe icyemezo cyo gukomeza gufunga Emile Kayumba, Umunyarwanda ufungiye muri Gereza ya Luzira ukurikiranweho ubucuruzi bw’amahembe y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10 z’Amashilingi ya Uganda. Emile Kayumba w’imyaka 62 yafashwe mu 2013 afite amahembe 832 y’inzovu afite agaciro ka miliyari 10 z’Amashilingi ya Uganda. Trending.co.ug […]
RDC/Bwito: Abapolisi bakomeje guta akazi batinya inyeshyamba
Bamwe mu bapolisi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mu duce tumwe two muri sheferi (chefferie) ya Bwito muri Kivu y’Amajyaruguru bataye akazi kabo barahunga bavuga ko bahangayikishijwe n’umutekano wabo. Biravugwa ko kuwa gatatu, itariki 10 Kanama, umupolisi umwe yataye akazi ahitwa Bwalanda nk’uko byatangajwe n’umukozi w’intara. Hakaba hari hashize icyumweru umuyobozi w’igipolisi cya Bwalanda […]
Ese Ibisi bya Huye bisobanuye iki?Nyagakecuru wahavugwaga we yari muntu ki?
Ni kenshi iyo abantu bagaruka ku mateka ya Nyagakecuru batibagirwa no kuvuga ku ijambo “Ibisi bya Huye” ibi ku bakiri bato cyangwa abataragiye bakurikirana amateka y’u Rwanda ntibazi ubusobanuro bwaryo ndetse na nyiri kwitirirwa ibyo Bisi ari we Nyagakecuru bibaza uwo ari we. Ubusanzwe Ibisi, ni uruhererekane rw’imisozi runaka iherereye mu gace runaka ariho hanakomotse […]
Abashaka impushya zo gutwara kwiyandikisha hakoreshejwe Irembo biratangira kuwa Mbere
Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda riramenyesha abantu bose ko kwiyandikisha ku bashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe Irembo bizatangira kuwa mbere tariki ya 15 Kanama 2016 guhera saa mbiri za mu gitondo. Ushaka kwiyandikisha akoresheje telephone igendanwa akanda *909#, ukohereza, hanyuma ugakurikiza amabwiriza. Nyuma, uhabwa umubare w’ibanga ukaba ariwo ugufasha kwishyura […]
Itangazo rigaragaza imihanda izakoreshwa ku munsi wa siporo rusange
Bimaze kuba akamenyero ko buri kwezi hazajya haba siporo rusange, aho mu Mujyi wa kigali imihanda imwe n’imwe ifungwa mu rwego rwo korohereza abakora siporo ngo bayikore badahura n’imodoka nyinshi mu mihanda zibazitira, akaba ari muri urwo rwego Umujyi wa Kigali wagaragaje imihanda izaba ikoreshwa kuri iki Cyumweru, itariki 14 Kanama mu gihe hazaba haba […]
Inzira y’ umusaraba Murangira César yaciyemo muri jenoside yatumye asohora igitabo
Murangira CĂ©sar ni umunyarwanda utuye mu Busuwisi mu Karere ka Fribourg, Yanditse igitabo yise « Sachet d’Hosties pour Cinq » (Isashi ya Ukarisitiya ku bantu batanu). Iki gitabo kivuga ku mateka Murangira yabayemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Akaba yakimuritse kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 kanama 2016. Yacyanditse mu rurimi rw’Igifaransa, umuhango […]
Loni yongeye kwikanga ko mu Burundi hashobora kuba jenoside
Akanama ka Loni gashinzwe kurwanya iyicarubuzo kasabye kuri uyu wa Gatanu taliki 12 Kanama 2016 ko mu Burundi hakorwa iperereza ku ihohoterwa n’ ubwicanyi buri gukorerwa ubwoko bumwe. Iyicarubozo rikomeje gukorerwa abanyapolitiki batavuga rumwe na Perezida Nkurunziza bo mu bwoko bw’ Abatusti by’ umwihariko rishingiye ku mpamvu za politiki nk’ uko byashimangiwena Perezida w’ Akanama […]
Lionel Messi yahindukiye ku ijambo
Nyuma yo gusezera mu ikipe y’igihugu ya Argentine akavuga ko atazongera kuyigaragaramo, Messi yatangaje ko yisubiyeho akaba ari no mu myiteguro y’amajonjora y’igikombe cy’isi ateganyijwe mu kwezi gutaha. Messi w’imyaka 29 y’amavuko, asubiye ku cyemezo cyo gusezera mu ikipe y’igihugu, nyuma y’amezi abiri asezeye mu ikipe y’igihugu y’Argentine, Albicereste, yari abereye kapiteni, aho yavuze ko […]
Umuntu wese wiciwe aha atwibutsa uruhare rwacu mu guharanira amahoro ku Isi —Dr Gerd Mueller
Umuntu wese wishwe ibisigazwa bye bikaba bishyinguye muri uru rwibutso bitwibutsa ko tugomba kugira uruhare mu guharanira kubungabunga amahoro mu Muryango Mpuzamahanga nk’uko byatangajwe na minisitiri w’ubutwererane w’u Budage, Dr Gerd Mueller. Minisitiri Mueller yagize ati:“Ubu ngubu nyuma ya jenoside mu Rwanda, amahano nk’aya ntagomba kuzongera kubaho ukundi ahandi. Tugomba kugira icyo dukora dukumira mu […]
Umujyi wa Kigali wateguye umuganda udasanzwe
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu mihigo igamije gukomeza kwita ku isuku no kubungabunga umutekano mu mujyi wa Kigali yashyizweho umukono na Polisi y’u Rwanda n’umujyi wa Kigali mu ntangiriro z’iki cyumweru, umujyi wa Kigali wateguye umuganda udasanzwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Kanama. Uyu muganda ukaba uzakorwa ku bushake bwa […]
Menya indoto za Kwame Nkhurumah icyo zari zigamije mu kurandura ba gashakabuhake
Kwame Nkhurumah umwe mu ntwari za Afurika watembagajwe n’abanyamerika bifuza gucengeza amatwara ya gikoroni mu baturange ba Ghana yari abereye umuyobozi. Nkhurumah ufatwa nk’intwari ya Afurika wabaye umukuru w’igihugu cya Ghana mu mwaka w’1957 mu ntambara yo kwigobotora abongereza bakoronezaga Ghana mbere y’uko abanje kuba Minisitiri w’intebe akaza kuba umukuru w’igihugu ubwo yatsindaga amatora yo […]
Mugabo kurikiza izi nama bigufashe kutarangiza vuba mu gihe cyo gutera akabariro
Mu gihe abagabo benshi birirwa batakambira bagenzi babo babaganyira ibibazo baterwa no gutera akabariro bakarangiza mu masegonda, abandi ugasanga banga gutaha kare ngo abagore babo batabatura amaganya, nyamara hari inama bashobora gukurikiza bagashimisha abo bashakanye ntibarangize vuba. Ahanini kurangiza vuba ku mugabo bikurura ibibazo byinshi mu ngo birimo gutandukana kw’abashakanye umwiryane wa hato na hato […]
Ni ngombwa kubanza kumenya uko umukunzi wawe ahagaze mbere yo kugira icyo usaba ngo mwizimane? Ubuhamya
Mu rukundo n’umuhungu n’umukobwa biragora kugaragaza uko uhagaze mu mufuka wirinda ko umukunzi wawe yakunyuzamo ijisho,utacunga neza bikakubana ibibazo ubuze ayo kwishyura ibyo watumije. Ni kenshi hagiye humvikana kwishyura bigoranye nyuma yo gufungura ibyatumijwe,hakabura ayo kwishyura ukamburwa ibyo waje witwaje nk’ingurane y’ikiguzi cy’ibyo wariye . Mu kiganiro kirambuye Bwiza.com, yagiranye n’umwe mubagwiririwe n’iki kibazo; yasobanuye […]
Hagiye gushyirwaho imbuga yahariwe abambaye ubusa buri buri — AMAFOTO
Mu gihe mu bihugu bimwe na bimwe hakunze kugaragara za Restaurant zafunguwe ku mugaragaro zigenewe abambaye ubusa, ubu noneho hagiye no gushyirwaho imbuga yagenewe gufasha abashyitsi kurwanya ubushyuhe bw’izuba ariko bambaye ubusa. Muri icyi cyumweru, nibwo mu Bwongereza i London hateganyijwe gufungura imbuga izajya igerwamo n’abambaye ubusa hagamijwe kurwanya ubushyuhe buterwa n’izuba ryinshi. Ibi ngo […]
Kigali: Abunzi baturutse mu Turere 5 bagiye kongerwa ubumenyi
Kuva ku italiki ya 16 Kanama 2016, Umuryango RCN Justice &Democratie wateguye amahugurwa agamije kongera ubushobozi abunzi bazaturuka mu Turere twa Burera, Gicumbi,Ngororero, Nyabihu ndetse na Nyrugenge. Aya mahugurwa azibanda ahanini mu gusobanurira abunzi kumenya gusomana ubushishozi inyandikomvugo z’ ibirego by’ abaturage ndetse n’ amategeko abunzi bashobora kwifashisha n’ inzira bacamo mu rwego rwo gukemura […]
Huye: Hemejwe ubwegure bw’uwari visi perezida wa Njyanama y’akarere
Inama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Huye yateranye kuri uyu wa Gatanu, itariki 12 Kanama 2016, yasuzumaga ubwegure bw’Uwari Visi Prezida wa Njyanama BIZIRAMWABO Gervais, ndetse n’umujyanama usanzwe DUKUNDIMANA Cassien. Uretse izi ngingo, ku murongo w’ibyasuzumwe hariho n’izindi ngingo, zasuzumwe hagamijwe iterambere ry’Akarere. Ni inama njyanama idasanzwe y’Akarere ka Huye yateranye , ikaba yemeye ubwegure bwa […]
Burundi: Umunyarwandakazi wari ufungiwe mu nzego z’ubutasi yaba agiye gucyurwa mu Rwanda
Claudine Umutesi uri mu maboko y’inzego z’ubutasi z’u Burundi kuva kuwa gatandatu ushize yaba agiye kwirukanwa ku butaka bw’u Burundi akagarurwa mu Rwanda. Amakuru agera kuri SOS-Media aravuga ko, inzego z’ubutasi z’u Burundi (SNR) rwafashe icyemezo cyo gusubiza mu Rwanda, bikaba byemejwe kuri uyu wa kane, itariki 11 kanama 2016 n’umukozi w’izi nzego ndetse n’umwe […]
Dj Pius na Chameleone bagiye gukorera ibirori mu bwato ku bw’indirimbo yabo Agatako
Nyuma yo gukorana indirimbo “Agatako” igakundwa haba muri Uganda ndetse no mu Rwanda Dj Pius na Dr Jose Chameleone bagiye batangiye imyiteguro y’ibiroro byo kwishimira intera iyo ndirimbo igezeho. Kwishimirwa kw’iyi ndirimbo n’abafana baturutse imihanda yose, byatumye aba bahanzi bategura ibirori bizabera mu bwato mu kiyaga cya Victoria ku kirwa cy’ahazwi nka Mutima. Biteganyijwe ko […]
Amafoto: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na perezida Kabila i Rubavu
Mu masaha ya saa tanu kuri uyu wa 12 Kanama 2016 nibwo perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yasesekaye mu Karere ka Rubavu aho yabonaniye na perezida Kagame bakagirana ibiganiro hataramenyekana icyo byagezeho. Perezida Kabila akaba yaje mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe aho byari biteganyijwe ko aganira na mugenzi we […]
RDC: Tshisekedi yirukanye uwari Umunyamabanga mukuru wa UDPS amushinja gushyigikira Kabila
Umuyobozi mukuru w’ishyaka UDPS, Etienne Tshisekedi, yirukanye ku mwanya we uwari umunyamabanga mukuru w’iri shyaka amushinja gukorera perezida Kabila. Uyu munyamabanga mukuru wa UDPS, Bruno Mavungu, yashinjijwe kuba hafi cyane y’igice cya perezida Kabila igihe Etienne Tshisekedi atari ari mu gihugu yaragiye kwivuza mu Bubiligi nk’uko byatangajwe na Jeune Afrique. Uyu mugabo wafatwaga nka numero […]
Arusha: Abanyarwanda 8 bagizwe abere na TPIR ariko baracyataha muri gereza
Iyi ntero yongeye gushimangirwa mu ibaruwa abanyarwanda 8 bandikiye Urwego rwasimbuye Urukiko rwashyiriweho u Rwanda I Arusha basaba ko bahuzwa n’ imiryango yabo. Muri aba banyapolitiki bahoze bakomeye muri Leta ya Juvenal Habyalimana barimo JĂ©rĂ´me Bicamumpaka, Col. Gratien Kabiligi ndetse na Casimir Bizimungu, bavuga ko kuva bagirwa abere bakarekurwa na TPIR bahura n’ ingorane nyinshi […]
Los Angeles :Shah Rukh Khan uzwi muri film zo mu Buhinde yatawe muri yombi
Shah Khan yatawe muri yombi ku nshuro ya 5 akigera ku kibuga cy’indege i Los Angeles muri Amerika n’inzego zishinzwe umutekano ahita yifashisha Twitter mu gutangaza ibimubayeho Ntiharamenyekana neza impamvu yatumye uyu mukinnyi wa film afatwa cyangwa igihe yamaze mu maboko y’abashinzwe umutekano. BBC ivuga ko abakunzi be bakomeje kunyuza ubutumwa bwabo kuri Twitter bamwihanganisha […]
Inzoka yishe Isha ibanje kuyigoronzora ijosi — AMAFOTO
Inzoka yigondeye Isha irayica ibanje kuyigoronzora ijosi inayangiza isura, ibintu bitari bikunze kugaragara mu bice bimwe na bimwe byiganjemo za Pariki. Ibi byabereye muri pariki ya Kruger yo muri Afurika y’Epfo ikunzwe kurangwamo udushya tw’inyamaswa, aho inzoka yibasiye kamwe mu tunyamaswa tuba mu muryango w’ibinyamabere kazwi nk’Isha irakica ariko ibanje kugakuba ijosi. Dailymail ivuga ko […]
Good Lyfe yateye utwatsi ibyo kwirukana ushinzwe ibikorwa byayo
Hashize iminsi hahwihwiswa ibihuha byanyomojwe na Goodlife ko birukanye Chagga ushinzwe ibikorwa (Manager) by’abahanzi Weasel na Radio. Nyuma y’iyirukanwa rya Jeff Kiwanuka wari ushinzwe ibikorwa bya Goodlife bamuziza kuba yarihaye gukoresha miliyoni 100 z’amashiringi ya Uganda ayakuye kuri konte yabo batabizi, ubwo bakoreraga ibitaramo ku mugabane w’ i burayi mu mwaka wa 2013, hashingiwe no […]
Afurika imaze kwegukana imidari 5 mu mikino ikomeje kubera i Rio
Umugabane wa Afrika umaze Kwibikaho imidari 5, Tunisia yaraye yegukanye imidari 2 ya bronze yatwawe n’umunye Tunisia Ines Boubakri n’abanya Misri Sara Ahmed yatsindiwe na Mohamed Ihab, 2 yegukanywe na Kenya wongeyeho umudali wa Bronze watsindiwe na Chad le Clos umunya Afrika y’Epfo mu marushanwa yo koga mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Kanama […]
Uganda: Igipolisi cyasobanuye impamvu IGP Kale Kayihura atitabye urukiko
Igipolisi cya Uganda cyatangaje impamvu umukuru wacyo, IGP Kale Kayihura atigeze yitaba urukiko rwari rwamutumijeho ngo yisobanure ku byaha bitandukanye bishinjwa igipolisi, ukubura kunyuranyije n’amategeko y’urukiko. Ubwo yavuganaga n’abanyamakuru kuri uyu wa kane nyuma ya saa sita, Umuyobozi ushinzwe uburenganzira bwa muntu n’amategeko mu gipolisi, Erasmus Twaruhukwa, yashimangiye ko umukuru w’igipolisi atigeze abona ubutumire bw’urukiko, […]
Mu Rwanda bamwe mu banyapolitiki barirukanwa abandi bakiyirukana
Muri politiki y’ u Rwanda bimaze kugaragara ko nta muntu ukomeye kurusha undi kuko bamwe mu banyapolitiki barirukanwa abandi bakiyirukana ku mpamvu zitandukanye ziganjemo amakosa. Byagiye biba muri Guverinoma, igisirikare ndetse no mu bigo bya Leta n’ ubwo ntawakwirengagiza ko hari abantu bagiye basezererwa ku mirimo yabo bagiye mu zabukuru cyangwa se barangije manda zabo. […]
Kwigobotora urupfu bishobora gutuma Jackie Chandiru asubirana n’umukunzi we
Nyuma yo kuzahazwa n’ibiyobyabwenge ndetse akajyanwa mu kigo gishinzwe gufasha abagizwe imbata n’ibiyobyabwenge, biravugwa ko Jackie Chandiru yaba yarakize akaba ari mu nzira zo kwiyunga n’uwahoze ari umukunzi we Caleb Alaka. Mu minsi mike ishize nibwo Jackie yashyize ifoto ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe na Bob Wine n’umugore we ndetse n’uyu mugabo wari umukunzi we, […]
Rubavu: Perezida Kagame na Kabila imbonankubone bwa mbere nyuma y’imyaka 7
Abakuru b’ibihugu by’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo barateganya guhurira I Rubavu kuri uyu wa gatanu, itariki 12 kanama, hakaba hari hashize imyaka 7 aba bayobozi bombi batabonana imbonankubone nk’uko byatangajwe na Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru. Ku rukuta rwe rwa twitter, Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Julien Paluku, yatangaje ko ba Perezida Kagame na […]
Ubuhanga bwa gisirikare bwa Colonel Patrick Karegeya ntibwigeza bumuha amahirwe muri politiki
Ku ikubitiro Col.Patrick Karegeya akijya gufatanya na Perezida Kaguta Museveni n’ abandi banyarwanda ku rugamba rwo kurwanya Leta ya Milton Obote yari ibageze habi ,yahise afungwa imyaka 3 kuva muri Kamena 1982 kugeza muri 1985 arekurwa hasigaye umwaka 1 gusa kugira ngo icyo gihugu kibohorwe. Muri iyo myaka 3 y’ igifungo, uwo mugabo yaziraga ibyaha […]