Jose Mourinho yanangiye guhindukira ku ijambo ku cyemezo cye cyo guhagarika Eva Carneiro

Icyemezo Jose Mourinho yafashe cyo kwirukana Eva Carneiro umuganga unahagarariye itsinda ry’abaganga b’ikipe ya Chelsea gikomeje guteza umwiryane mu bakinnyi,abayobozi n’abafana ba Chelsea. Mourinho yafashe iki cyemezo nyuma y’uko Eva Carneiro yinjiye mu kibuga kuvura Eden Hazard wari wagize ikibazo cy’imvune ariko we ntabyishimire kuko yifuzaga ko uyu mukino yawutsinda ariko ntabigereho. Kwinjira mu kibuga […]

Koreya ya Ruguru igiye gutangira kugaba ibitero kuri Amerika

Hari hashize iminsi hatutumba umwuka mubi hagati ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika na Koreya ya Ruguru. Kuri ubu rero uyu mwuka mubi umaze iminsi ututumba ugiye kuvamo intambara hagati y’ibi bihugu byombi itangijwe na Koreya ya Ruguru. Iki gihugu cyatangaje ko yiteguye kugaba ibitero kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cyose Leta zunze […]

Ntibisanzwe : Polisi yagiye gufata abapfumu bayishumuriza inzoka

olisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kasese yagiye gufata abapfumu bane bari bambuye umunyeshuri amashingi 800 bayitereza inzoka bariruka. Ubwo aba bapolisi bagera aho bari barangiwe n’ umunyeshuri wari wambuwe n’ abapfumu amashiringi 800 abapfumu bayitereje inzoka babiri muri bane baracika. Polisi ivuga ko bakimara kuyitereza inzoka yinginze babiri bari basigaye ngo bafate iyo […]

Ibice 2 by’igitsina cy’umugore wakwibandaho ukamufasha kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Hagati y’abashakanye akabariro ni ngomba kandi ni ingenzi mu kubaka urugo ndetse no kwagura umuryango, iki gikorwa hagati yabashakanye kiba ari ibanga hagati yabo ndetse ntagereranwa iyo uganiriye nabo cyangwa umwe muri bo. Bityo rero iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina mbere na mbere ni iyakozwe hagati y’abashakanye, bityo ikaba ikorwa ku buryo bwateguwe, igakoranwa ubuhanga n’ubushishozi […]

Intambwe 7 zikurinda icyaha cy’ubusambanyi no kuguma mu murimo

Mu gihe cyashize, umwe mu ncuti yiyirukanye mu murimo kubera agakungu yari afitanye n’umugore umwe wo mu itorero, hifashishijwe ibitekerezo 7 bikurikira, kurira ngo wowe n’umuryango wawe n’itorero muri rusange bibakize uru rungabangabo. Ntukavuge uti “Ntibishobora kumbaho!” Mu gihe benshi muri mwe muzunguza imitwe mwemeza ko hari ibishobora kuba mu buzima bwanyu, mu mitima yanyu […]

Gicumbi: Umukwabu wo koza abafite umwanda

Mu mpera z’icyumweru gishize mu karere ka Gicumbi haramukiye umukwabu wo koza abantu bagaragaraho umwanda aho ubu buyobozi buvuga ko bubangamiwe nacyo. Nyuma y’uko ikibazo cy’abaturage b’abanyamwanda kigaragajwe nka kimwe mu bibangamiye umujyi wa Gicumbi, kuwa gatandatu tariki ya 15 hakozwe umukwabu wo gufata abatiyuhagira, bajyanwa ku karere biyuhagira bahagarikiwe. Gufata abaturage bafite umwanda bagategekwa […]

Burundi no mu karere haranugwanugwa intambara ishingiye ku moko

Nyuma y’urupfu ry’uwahoze ari umukuru w’ingabo mu Burundi Col Jean Bikomagu rwabaye ku itariki ya 15 Kanama 2015, ubu mu gihugu cy’u Burundi hari icyoba cy’uko hashobora kuba intambara ishingiye ku moko ishobora no gukongeza akarere kose. Col Bikomagu yari umusirikare wo ku rwego rwo hejuru warwanyije bikomeye ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi ubu […]

Col Bikomagu yishwe yahonderwaga agatoki ku kandi ashinjwa kwicisha Perezida Melchior Ndadaye

Nyuma y’urupfu rwa Bikomagu rwo kuri uyu wa 15 Kanama 2015, abantu benshi bahise bibuka urupfu rwa Perezida Ndadaye wishwe urw’agashinyaguro nyuma biza gushinjwa uyu Col Bikomagu ariko ubutabera buterera iyo. Ijambo ryakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’urupfu rwa Rukomagu, abarundi bahise bibuka ijambo Perezida Melchior Ndadaye ngo yavuze kenshi mu gihe yiyamamazaga mu […]

Ubuhamya bw’umukobwa wemera uburyo yabaye umurozi:REBA VIDEO

Ubu buhamye ni ubwa Rachel Mwanza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu akaba amaze kuronka awards zirenga 17 z’umukinnyi mwIza muri cinema mu gihugu cya Canada. Kubera ubuzima Rachel yanyuzemo ntiyigeze yibagirwa ubuzima yanyuzemo kuva akiri muto cyane ubwo se umubyara yashakaga gutandukana nawe ndetse na barumuna be, byatumye agaruka Kinshasa kugirango atange […]

Laurent Gbagbo yameneshejwe n'ingabo zanyuze mu kuzimu

Amabanga cyangwa se ibintu bisa nk’ibitangaza kunzu izwikw’izina rya Cocody, Cocody n’inzu ikoreramo umukuru w’igihugu cya Cote D’ivoire. Nkuko tubikesha ikinyamakuru Jeune Afrique, ngo iyi nzu yakorewemo bwa mbere n’umukuru w’igihugu wa mbere FĂ©lix Houphouà«t Boigny, nyuma gato yuko iki gihugu kibonye ubwigenge. FĂ©lix Houphouà«t Boigny wari inshuti magara akanagira amabanga menshi yarafitanye n’abayobozi b’i […]

Abaturage bo muri Muhazi bati: ‘‘Turashaka na none Paul Kagame’’

Mu gihe abanyarwanda benshi bakomeje kugenda bagaragaza ko barajwe inshinga n’uko ingingo y’101 yo mu itegekonshinga yahindurwa Perezida Kagame akongera akiyamamariza indi manda, abaturage batuye mu murenge Muhanzi mu karere ka Rwamagana batangaje ko bagishaka cyane Perezida Paul Kagame. Aba baturage batuye mu murenge wa Muhazi ndetse banavuga ko ari abaturanyi ba Perezida Paul Kagame, […]

Dore impavu umugabo abyuka igitsina cye cyafashe umurego anashaka gukora imibonano mpuzabitsina

Mu gihe benshi bakunze kwibaza cyane ku cyaba gitera abagabo kubyuka mu gitondo bigaragara ko igitsina cyabo cyafashe umurego, inzobere mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bagaragaza impamvu zitandukanye. Nk’uko bitangazwa na Aufemin.com, iyo umuntu akangutse imisemburo ya cortisol ngo iriyongera mu mubiri, Ku mugabo ubwiyongere bw’iriya misemburo ya cortisol, bujyana no kwiyongeraho 30% by’umusemburo witwa testostĂ©rone. […]

Perezida Nkurunziza ngo yashatse kurutisha umurambo wa Gen Nsimiyimana imbaga y’abarundi bishwe bunyamaswa

Ubwo Gen Adolphe Nshimiyimana yamaraga kwicwa, Perezida w’u Burundi Petero Nkurunziza yamuvuze ibigwi n’ubutwari bwe, amwifuriza iruhuko ridashira ndetse anasoza atanga itegeka ko iperereza rigomba gukorwa bitarenze icyumweru akaba yamenyeshejwe uwamwishe, ibyo byose hari ababifata nko gushaka kumurutisha imbaga y’abarundi bagiye bicwa mu myaka itandukanye rimwe na rimwe ari we unabahitanye. Umunyamakuru Kiramvu Domitille mu […]

Imyanya 32 y’akazi mu karere ka Muhanga (Deadline 18/8/2015)

The Muhanga District is seeking to recruit-experienced candidates to fill the following positions: Hygiene and Sanitation Officer : Requirements: AO in Public Health, Health Sciences, Clinical Psychology, Sociology, Social Work, Environmental Health Sciences Secretary and Central Secretariat Requirements: A1 in Secretariat Studies, Office Management or AO in Public Administration, Administrative Sciences, Management, Sociology, Social Work, […]

31 JOBS at RNRA,Kigali, Rwanda — CLOSE 18/8/2015 Kigali

Rwanda Natural Resources Authority is an authority that leads the management of promotion of natural resources which is composed of land, water, forests, mines and geology. It is entrusted with supervision, monitoring and ensuring the implementation of issues related to the promotion and protection of natural resources in programs and activities of all national institutions. […]

Evode Uwizeyimana yifashe ku gahanga akurugutura Opozisiyo

Me Evode Uwizeyimana uri muri Canada aherutse kwifata ku gahanga avuga amagambo akarishye ku mashyaka arwanya leta y’u Rwanda aba mu buhungiro. Aha akaba yarashakaga kwihimura kuri aya mashyaka yari yamubeshyeye ko yahunze igihugu. Mu byumweru bibiri bishize Me Evode yavuzweho ko yaba yahunze igihugu asubira muri Canada aho yiberaga. Ibi byavuzwe nyuma y’aho afatiye […]

Ni uha satani umwanya wo kukuganiriza araguheka ku mugongo

Uwo mugore arayisubiza ati “Imbuto z’ibiti byo muri iyi ngobyi twemererwa kuzirya, keretse imbuto z’igiti kiri hagati y’ingobyi ni zo Imana yatubwiye iti ‘Ntimuzazirye, ntimuzazikoreho, mutazapfa.’ ” Iyo nzoka ibwira umugore, iti “Gupfa ntimuzapfa,kuko Imana izi yuko ku munsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza mugahindurwa nk’Imana, mukamenya icyiza n’ikibi.” Uwo mugore abonye yuko icyo giti gifite […]

Mu gusoza amasengesho y’iminsi ya 21 ADEPR Rukurazo hitezwe ibintu bidasanzwe Kuri iki Cyumweru

Muri Adepr Rukurazo hashize iminsi ikabakaba k’ubyumweru 3 hari amasengesho y’iminsi 21 yateguwe niyi Paruwasi mu rwego rwo kuzana ububyutse no guhindurira benshi ku gukiranuka Mu kiganiro bwiza.com yagiranye n’umushumba wiyi Paruwasi Karangwa Alphonse yatangaje ko mu minsi igera kuri cumi n’umunani ishize hamaze gukoreka ibintu byinshi mu buryo budasanzwe,aha yavuze ko hamaje kubatizwa abantu […]

Somalia: Ingabo za Uganda zirakekwaho kwica abantu bari mu bukwe

Umuryango uharanira uburenganzira bwa Humana Right Watch urashyira mu majwi Ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, AMISOM kwica abantu batandatu bari mu birori by’ubukwe ku ya 31 Nyakanga. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch uvuga ko abo bantu bishwe nyuma y’uko imodoka zari zitwaye ingabo za Uganda mu […]

Ese igitsina cy’umugabo gisiramuye cyumva uburyohe kimwe n’ikitarasiramuwe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina?

Mu gihe hari abibwira ko kwisiramuza ari umuti w’ibanze ku barangiza vuba, inzobere ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere zitangaza ko igihe cyo kurangiza kijya gusa n’icy’utarisiramuje. Urubuga doctissimo.fr nyuma yo kuganira n’inzobere zitandukanye rwatangaje ko abagabo benshi basiramuye bagira ibyumvo bimeze kimwe n’iby’abatarasiramuwe n’ubwo hari abandi bakomeza kuribwa n’inkovu ibihe byose cyangwa se bakabona ibitsina byabo […]

Nyuma yo kurusimbuka kwa se, umukobwa wa Karaveri Mbonimpa ngo nawe yaba ahigwa byo kwicwa i Burundi

Nyuma y’ibyumweru bisaga 2, Petero Karaveri Mbonimpa Umuyobozi w’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu ( APRODH) bagerageje kumurasa Imana igakinga ukuboko, kuri ubu umukobwa we Amandine Nasasagare yatangaje ko nawe umutekano we utifashe neza i Burundi. Amandine Nasasagare yatangaje ko umutekano we ubangamiwe, ibyo akaba abitangaza nyuma y’aho ngo abantu bataramenyekana bagerageje kumukurikira bashaka kumubuza umudendezo […]

Ubuhamya: Nyuma yo kurunguruka i kuzimu yongeye kuririmbira Imana

Umuririmbyi wigeze no gutwara Grammy award Scott Stapp yari agiye kubura ubuzima bwe bitewe no kurarikira iby’isi, byatumye atanga umugore we akaba yari agiye no kwiyahura mu mwaka wa 2006 aho yagerageje kumanuka ku ibaraza ryo hejuru incuro zigera ku icumi . Uyu munsi ni umukristo mushya wavutse ubwa kabiri kubw’ubuntu bw’Imana. Uyu muririmbyi wahoze […]

Ushinzwe amasengesho arahamagarira abagabo kurya abagore babo mu gihe cy’inzara

Inkuru ibabaje kandi itaravuzweho rumwe n’abo bahuje ukwemera, Imam wa Arabia Saoudite, yemeza ko umgabo afite uburenganzira bwo kurya bimwe mu bice bimwe na bimwe bigize umubiri w’umugore we kubera ubuzima. Cheikh Abel Aziz akaba mufti muri Arabie Saoudite asobanura ijambo fatwa nk’igikorwa cyo gutanga igitambo no kubaha k’umugore n’umugabo kuko ngo iyo ariye umubiri […]

Igitsina cye cyafashe umurego kubera kubyina salsa arasezererwa

Mu Bufaransa, igihugu cyateye imbere mu bintu byinshi bitandukanye nko mu majyambere ndetse n’imbyino zabo zabaye ubukombe zikaba zinakunzwe mu bihugu byo hirya no hino ku isi aho twavuga nka (salsa dancer, Bale, slow dancer ) ndetse n’izindi. Kuri ubu nyuma y’uko habaye imyiteguro idasanzwe yerekezaga ku kubyina, umugabo ndetse n’undi mukobwa bari bitabiriye iyi […]

Twagiramungu Faustin ngo aracyafite akabaraga ariko aracyashidikanya kuza kwiyamamaza muri 2017

N’ ubwo umunyapolitiki Twagiramungu Faustin utavuga rumwe na Leta y’ u Rwanda yemeza ko ari umudemokrate ku bwo kutifuza gukemura ibibazo abicishije mu ntambara ahubwo bigaca mu nzira ya politiki kenshi yagiye yinyuramo avuga ko azakoresha ibishoboka kugira ngo arwanye Leta ya Paul Kagame. Ibyo byatangiye kugaragara mu mwaka w’ 2003, nyuma y’ aho Rukokoma […]

Umusirikare wategetswe kwica Gen. Adolphe Nshimiyimana yamennye ibanga, bagenzi be bahembwe kwicwa

Ku cyumweru tariki ya 2 Kanama 2015, nibwo hatangajwe urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana wari umusirikare ukomeye mu gisirikare cy’u Burundi ndetse anashinzwe umutekano wihariye wa Perezida Nkurunziza, kuri ubu umwe mu basirikare bari bahawe itegeko ryo kumwica yagize icyo atangaza. Amakuru dukesha ikinyamakuru RBI (Radio Burundi international) ni uko umwe mu basirikare bari bateguwe […]

Umukobwa ugisha inama: Umusore bakundana yamusabye ko abanza kumubyarira umwana bakabona kubana

Umukobwa utifuje ko amazina ye atangazwa yifuje kugisha inama nyuma y’ikibazo yahuye nacyo kukivana imbere bikamubana ingorabahizi. Yagize ati: “Amazina yenjye ni
. maze imyaka isga 3 nkundana n’umusore, duteganya kurushinga mu myaka 2 iri imbere ariko yanshyize ku kigeragezo numva nanjye kirimo kumaraho ibiro”. Uyu mukobwa avuga ko umusore yamusabye ko yamubyarira umwana ku bw’urukundo […]

Perezida Kikwete yatangiye imishyikirano na FDLR

Nyuma y’aho abarwanyi ba FDLR bashimutiye abakuru b’idini ba Islam bakomoka muri Tanzaniya FDLR ikaka leta ya Tanzaniya ingurane y’ibihumbi 20 by’amadorali ubu noneho Perezida Kikwete yatangiye imishyikirano n’uyu mutwe kugira aba basilamu barekurwe. Amakuru dukesha ibiro ntaramakuru by’abashinwa Xinhuwa biravuga ko ubuyobozi bukuru bw’ inyeshyamba za FDLR bwasabye igihugu cya Tanzania gutanga amadorari y’ […]

Anita Pendo wari watangaje ko ashaka umusore bakundana, yasohoye irindi tangazo

Muri iki cyumweru nibwo umushyushyarugamba Anita Pendo yatangaje ko nyuma yo gukundana n’abasore 3 bose bakajyenda batandukana ntacyo bagezeho, ko aho bigeze yifuza umusore bakundana ufite gahunda yazabageza mu rwabo. Iyi nkuru yagiye icicikana mu bitangazamakuru bitandukanye byo mu gihugu, ariko Anita yabazwa kugira icyo asubiza ku bitekerezo byatangwaga n’abasore bamushaka akanuma. Abicishije ku rukura […]

RDC : Perezida Museveni ngo ntabona ibitotsi bihagije kubera umutwe wa LRA

Inyeshyamba za Uganda ziba muri RD Congo zibumbiye muri LRA ( Lord Resistance Army) ziravugwaho kugaba igitero mu baturage ba Niangara mu majyaruguru y’intara ya UELE. Ibi bitero byagabwe muri utu duce byahitanye umuntu umwe bikomeretsa undi naho batanu barashimutwa. Mu bitero byabaye mu gace ka Nianga mu mpera z’icyumweru gishize no mu ntangiriro z’iki […]

Ibice 10 by’umubiri ushobora gukorakoraho ugashimisha byimazeyo umukunzi wawe mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Umubiri w’umuntu ugizwe n’ibice byinshi ariko byose si ko bigira ibyiyumviro biza vuba ku buryo umugabo cyangwa umugore ashobora kubyifashisha akabikorakora mu gihe ari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina n’uwo bashakanye, gutegura uwo mwashakanye mbere y’igikorwa bifashe mwese kuba mwagera ku byishimo bya nyuma. Mu gihe usoma iyi nkuru ntuze gutangazwa n’ uko urasanga ibice bimwe […]

Mu myaka irenga 15 bamaze bacuranga Itsinda “Ipfundo ry’Amahoro” bateguye igitaramo cyo gushima Imana

Nyuma y’imyaka ir enga 15 baririmbira Imana nk’umuryango, ku nshuro yabo ya mbere Ipfundo ry’Amahoro bagiye gutaramira abakunzi b’indirimbo zihimbaza Imana. Iki gitaramo giteguranywe ubuhanga dore ko aba basore uko ari batanu buri wese ari umuhanga bikomeye ku cyuma cya muzika.   Aba basore bayobowe na mugenzi wabo, Aaron Ndayishimiye ari nawe ufata indangaruramajwi akayobora […]

Umuhanzi Pedro Someone yakubise akanyafu abagabo birengagiza ibiryamo byabo- Umva indirimbo

Nyuma y’indirimbo “Impungege” umuhanzi Pedro Someone yagarukanye indi ndirimbo nshya yise “Isubireho” ikubiyemo ubutumwa bukubita akanyafu abagabo birengagiza inshingano zabo z’urugo. Mu kiganiro na Bwiza.com, cyo kuri uyu wa kane tariki ya 13 Kanama 2015, umuhanzi Pedro Someone n’ubwo bwose akiri ingaragu avuga ko ababazwa cyane n’umugabo uvuga ko ari umugabo uhamye, uta urugo rwe […]

Desire Luzinda wizihije isabukuru y’imyaka 25 inshuro zirenze imwe byagaragaye ko ashobora kuba afite ikabakaba 40

Umuhanzi Desire Luzinda umaze kubaka izina mu gihugu cya Uganda kubera amafoto y’urukozasoni, no kuryamana n’ibyamamare bitandukanye yashyize hanze ifoto yo mu bwana bwe akiri umunyeshuri ivugisha abatari bake. Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Desire Luzinda yizihizaga isabukuru y’amavuko, akaba yarizihizaga ko yujuje imyaka 25 mu gihe byari byatangajwe ko yari yujuje imyaka 26.   […]

Umucamanza wo muri Espagne wari wifuje guta muri yombi Gen Karake yakubise igihwereye

Mu gihe umucamanza wo muri Espagne yasabaga ubuyobozi bw’u Bwongereza kubuza Gen Karenzi Karake kuza mu Rwanda, uyu mucamanza yamaze gukubita igihwereye kuko Gen Karenzi Karake yamaze koherezwa mu Rwanda. Kuri uyu uyu Gatatu nibwo umucamanza wo muri Espagne yari yabujije Leta y’u Bwongereza kohereza mu Rwanda Gen Karenzi Karake nyuma y’uko urukiko rwa Westminster […]

Mbere yo kuba Perezida w’u Burundi, Petero Nkurunziza ngo yari yarakatiwe urwo gupfa

Mu gihe hari abakeka ko Perezida Nkurunziza yagundiriye ubutegetsi ku bw’Impamvu zo gukunda ubuyobozi n’ibyubahiro mu Burundi, umwe mu bahoze ari abanyamuryango b’ishyaka rikorana na CNDD FDD yatangaje ko Nkurunziza yari yarakatiwe igihano cy’urupfu ari nacyo ntandaro yo kugundira intebe. Bernard Ntungwanayo wahoze ari Visi Perezida w’ Ishyaka FNL-Iragi rya Gahutu RĂ©my, ishyaka rikorana na […]

Umushyushyarugamba Anita Pendo arashaka umugabo, dore ibisabwa ku musore yifuza ko barushingana

Umushyushyarugamba Anita Pendo nyuma yo gukundana n’abasore batandukanye barimo Bac T, Nizzo wo muri Urban Boyz ndetse na Producer David ntibagire icyo bageraho, kuri ubu yatoboye avuga umusore ubu yifuza ko bakundana. Anita Pendo nyuma yo gukundana n’abo basore bose bakamubera, ngo arifuza umusore ufite gahunda ihamye yazatuma barushingana bakabana akaramata. Ibi yabitangaje kandi hari […]

Kim Kardashian yagaragaje ubwambure bwe atwite bitera urujijo mu bafana -AMAFOTO

Kim Kardashian umugore w’icyamamare Kanye West akomeje kwigaragaza mu mafoto agaragaza ubwambure bwe, kuri iyi nshuro yatangiye kugaragaza ko akiri mwiza kandi ateye neza n’ubwo atwite.   Kardashian akimara kubyara imfura ye North ,abaganga bamubwiye ko nta wundi mwana azabyara,ariko kubw’amahirwe Imana imukuraho igisuzuguriro. Nyuma yo kumva amakuru avuga ko yaba yarahindanye kubera gutwita ariko […]

Contact FM na City Radio zimaze gufungwa kubera kutishyura imisoro

Radio Contact FM na City Radio zimaze gufungwa zizira kutishyura imisoro ya RRA. Kuri uyu wa Gatatu nibwo RRA yatangiye igikorwa cyo gufunga ibigo biyifitiye imyenda y’imisoro. Ku ikubitiro mu masaha ya mu gitondo bahereye kuri Contact FM mbere ya saa sita naho nyuma ya saa sita mu masaha ya saa munani bafunga City Radio […]

Ngo haba hari abatangiye gusaba amafaranga batanze mu kigega Ishema ryacu ?

Nyuma y’aho bamwe bari mu byishimo ko Gen.Karenzi yarekuwe,abandi barasaba amafaranga bari batanze mu kigega “Ishema ryacu”. Ibi bibaye kuri uyu wa mbere taliki 10/8/2015, aho urukiko rwo mu Bwongereza rufashe icyemezo cyo kurekura Gen Karenzi Karake ndetse akaba yataha mu Rwanda nta yindi ngwate asabwe hari abari gusaba ko basubizwa ayo bari batanze nk’umusanzu […]

Abo mu ishyaka RNC rirwanya Leta y’u Rwanda barahekenya amenyo nyuma y’irekurwa rya Gen. Karenzi Karake

Mu gihe hari abarimo kubyina intsinzi ya Lt Gen Karenzi Karake nyuma y’ifungurwa rye mu Bwongereza, abo mu ishyaka RNC rirwanya Leta y’u Rwanda bagaragaje ko batabyishimiye mu nyandiko bandikiye Loni. Dr Rudasingwa ThĂ©ogene umuhuzabikorwa muri RNC mu kiganiro yagiranye na BBC Gahuza, asobanura ku bijyanye n’inyandiko yandikiye umuryango w’abibumbye yatangaje ko irekurwa Gen Karenzi […]

Bamwe mu bari abashyitsi ba Padiri Karekezi barakekwa ko aribo bamuhitanye

Abakozi 3 bo mu rugo rwa nyakwigendera Padiri Dominique Karekezi bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho kuba ariho bamuhitanye. Biravugwa kandi ko abashyitsi basuye nyakwigendera aribo baba baragize uruhare mu rupfu rwe. Padiri Dr Dominique Karekezi yapfuye mu gitondo cyo kuwa Mbere mu rugo rwe mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana . Uwitwa Claude […]

Suudi Lukwago arahamya ko yasambanye n’abagore 500 mbere yo kubamenyekanisha muri Music

Suudi Lukwago aturuka mu gihugu cya Uganda akora akazi ko kwamamaza no gusakaza ibihangano by’abahanzi batandukanye bo mu gihugu cya Uganda ndetse no hanze yaho mu rwego rwo kubimenyekanisha akaba abarizwa mu Idini ya Islam. Aganira n’umunyamakuru mu kiganiro bakoreye muri Hotel Africana n’ibitwenge byinshi yavuze ko afite abana5 yabyaye mbere yuko akora ubukwe ariko […]

Abanyeshuri biga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka 12 mu Rwanda bagiye kuzajya bagaburirwa ku nkunga ya USA

Ikigo gishinzwe ubuhinzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika cyasinye amasezerano y’imikoranire n’u Rwanda ndetse kinatanga inkunga ya Miliyoni $25 z’amadorari mu guteza imbere gahunda yo kugaburira abana ku mashuri mu Rwanda. Ibi kandi byemejwe na Minisitiri w’ubuhinzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika Minister Krysta Harden ndetse na ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za […]

Uruhinja rwa Diamond na Zari rwatangiye gusinyira akayabo ka za miliyoni zisaga 50 rutarasohoka mu nzu

Infura y’umuhanzi Diamond itaranamara icyumweru ivutse, yamaze gusinya amasezerano yo kwamamariza inzu icuruza imyambaro y’abana muri Tanzaniya ku kayabo ka Miliyoni 50 z’amashiringi ya Tanzania ku mwaka. Uyu mukobwa w’imfura ya Diamond yagiriwe icyizere n’inzu icuruza imyenda y’abana “Tanzanian baby shop” iherereye mu mujyi wa Msasani ho muri Tanzania, nyuma y’umunsi n’igice avutse bemeranya umushahara […]

Muri Nyamasheke mutuelle yasimbuye irangamuntu utayifite ntiyemererwa kurenga umutaru

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Karengera Mutuyimana Gablier aravuga ko nta muturage uzongera kujya mu misa, mu muhanda no mu tubari atitwaje ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de santĂ©). Ibi bikaba biri mu rwego rwo kugenzura uko ubwisungane mu kwivuza butangwa muri uyu murenge wa Karengera. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Karengera Mutuyimana Gablier […]

Perezida Kagame yagize icyo avuga ku irekurwa rya Lt Gen Karake wari ufungiye mu Bwongereza

Nyuma y’irekurwa rya Lt Gen Karenzi Karake wari umaze iminsi isaga 50 afungiye mu gihugu cy’u Bwongereza, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko ukuri guhora ari ukuri. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yatangaje ko ukuri buri gihe guhora ari ukuri ndetse anashimira abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda zagize uruhare mu kugaragaza ko […]

Nicki Minaj yemeye ko yakoranye imibonano mpuzabitsina mu kavuyo n’icyamamare Meek Mill

Mu gihe Nicki Minaj avugwaho gutendeka abasore benshi, mu rwego rwo kubangikanya neza abahanzi Meek Mill na Drake, Nicki Minaj yahisemo kuzajya yita Meek Mill “ Baby Father ” nk’akazina kazimije ndetse ko batigeze bakundana ahubwo basambaye bitunguranye. Minaj asobanura ko “Baby Father” yaryise Meek ashaka gusobanura umuntu mwaba mwarahuriye mu kavuyo bikaza kubaviramo kuryamana […]

Urupfu rwa Padiri Karekezi wari umuyobozi wa INATEK rukomeje kubera benshi urujijo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Kanama 2015,Padiri Dr Dominique Karekezi wari Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo (INATEK) bamusanze mu cyumba cye yapfuye. Kugeza ubu urupfu rwe rukomeje kuba urujijo bibaza icyo yazize. Amakuru ava mu rugo rwa Padiri Karekezi Dominique avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere abakozi […]

Ibyago 5 ( impanuka) bitangaje ku isi byibasiye abakoraga imibonano mpuzabitsina.

Igikorwa cyo guhuza ibitsina ni igikorwa gishimisha ku mpande zose yaba abantu barimo kubikora ndetse no ku nyamaswa. Ni gake cyane ushobora kumva ko abantu bari gukora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira impanuka bigatuma bajyanwa kwa muganga cyangwa se bikaba byabaviramo urupfu. Muri iyi nkuru twabakoreye icyegeranyo cy’ibyago cyangwa impanuka abari gukora imibonano mpuzabitsina bahuye nabyo. […]

Ubuhamya bw’uburyo Gen. Nshimiyimana ngo yishwe na Perezida Nkurunziza kubera agasuzuguro

Mu gihe amarira akiri menshi ku bakunzi ndetse n’ababanaga na Gen Nshimiyimana Adolphe mu gisirikare cy’u Burundi nyuma y’urupfu rwe, urupfu rwe rwabereye benshi urujijo bityo ngo uyu mujenerali yaba yarishwe ku bw’agasuzuguro yari amaze kugaragaza imbere y’umukuru w’igihugu Petero Nkurunziza maze ahita atanga itegeko ryo kumurasa. Muri ubu buhamya, bitangazwa ko Gen Nshimiyimana yishwe […]

Exclusive: Gen Karenzi Karake amaze kurekurwa

Urukiko rwo mu Bwongereza muri aya masaha y’igicamunsi rumaze gufata icyemezo cyo kurekura Gen Karenzi Karake wari warafatiwe mu Bwongereza. Uru rukiko kandi rukaba rwafashe icyemezo nanone cyo gutesha agaciro inyandiko z’umucamanza Fernando Andreu Mereles ndetse abuzwa no kwitaba ubucamanza bwa Espagne. Umwe mu banyamakuru bari mu Bwongereza Jr Sabena Mutabazi wari ku rukiko rwafashe […]

Urusaku rw’amasasu na gerenade rwongeye kumvikana mu mujyi i Bujumbura

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere tariki ya 10 Kanama 2015, mu mujyi wa Bujumbura muri zone ya Jabe/Nyakabinga ndetse na Cibitoke humvikanye urusaku rw’amasasu ndetse hanaterwa gerenade. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo Polisi yatangaje aya makuru nk’impamo ndetse inemeza ko abapolisi 2 bakomerekejwe n’ibyo bisasu bityo hanatwikwa […]

Ese koko Me Evode Uwizeyimana ngo yaba yongeye guhungira muri Canada ?

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo Me Evode Uwizeyimana yari ageze mu gihugu cya Canada aho yigeze kuba igihe kitari gito ubwo yahungaga u Rwanda. Kugeza ubu abantu baribaza niba yagiye agiye mu butumwa bw’akazi, urugendo bwite cyangwa se niba yongeye guhunga . Me Evode Uwizeyimana nyuma yo kwemera guca bugufi yatahutse mu Rwanda ashyirwa muri […]

Umugore wihindura inzoka arashinjwa kuruma abantu bagahita bapfa

Monique Zanga ni umugore w’imyaka 46 y’amavuko, uyu mugore akaba atuye mu gace ka Mbag ko muri Kadey muri Cameroun, arashinjwa kwihindura inzoka akarya abantu. Amakuru dukesha Camer.be ni uko Monique Zanga ashinjwa n’abaturage bo muri aka gace atuyemo kuruma abantu 10, batatu muri bo ngo akaba yaragiye abaruma yihinduye inzoka ako kanya bagahita bapfa. […]

Umugabo ashobora kureba filme amasohoro akaza

Ubushakashatsi bwakozwe n’impuguke mu buzima bw’imyororokere, bugaragaza impamvu umugabo rimwe na rimwe ashobora kurambirwa vuba uwo bashakanye akaba yahitamo kurushinga n’undi mushya bahuye muri iyo minsi. Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo gikora ubushakashatsi ku buzima bw’imyororokere, “Evolutionary Psychological Science”, bwakorewe ku bagabo 21 bari hagati y’imyaka 18 na 23. Aba bagabo bashyizwe hamwe bahabwa kureba amashusho akangurira […]

Umupolisi yatunguwe no kubona inzoka ifasha umushoferi gutwara imodoka

Bikunzwe kuvugwa ko abantu batari bake bakoreshwa n’imbaraga zidasanzwe, bamwe bakabyemera abandi bakabihakana, ariko noneho hatahuwe umugabo utwara imodoka ye ari hamwe n’ikiyoka. Ubwo umupolisi yahagarikaga imodoka kubera umuvuduko, yatunguwe no kubona umushoferi ari hamwe n’inzoka nini cyane imugendagendaho akubitwa n’inkuba abura uko abaza ibyango by’imodoka ndetse n’ibiranga umushoferi. Umwe mu bashoboye kumenya uyu mushoferi […]

Ibanga ryifashishwa n’umugabo ufite igitsina kigufi,urangiza vuba ndetse n’ukora imibonano mpuzabitsina ananiwe

Mu minsi ya vuba nibwo bamwe mu bakunzi n’abasomyi ba Bwiza.com batwandikiye batugisha inama ku bibazo abagabo bamwe na bamwe bahura nabyo byo kurangiza vuba,abafite ibitsina bito cyangwa bakora akazi k’ingufu ntibabashe gutonora abagore babo ku buriri mu gihe cy’akabariro. Urubuga G Spot rusobanura uburyo umugabo yakoresha mu gutera akabariro n’uburyo yabigenza kandi imibonano igakomeza […]