Jose Mourinho yanangiye guhindukira ku ijambo ku cyemezo cye cyo guhagarika Eva Carneiro
Icyemezo Jose Mourinho yafashe cyo kwirukana Eva Carneiro umuganga unahagarariye itsinda ryâabaganga bâikipe ya Chelsea gikomeje guteza umwiryane mu bakinnyi,abayobozi nâabafana ba Chelsea. Mourinho yafashe iki cyemezo nyuma yâuko Eva Carneiro yinjiye mu kibuga kuvura Eden Hazard wari wagize ikibazo cyâimvune ariko we ntabyishimire kuko yifuzaga ko uyu mukino yawutsinda ariko ntabigereho. Kwinjira mu kibuga […]
Koreya ya Ruguru igiye gutangira kugaba ibitero kuri Amerika
Hari hashize iminsi hatutumba umwuka mubi hagati ya Leta zunze Ubumwe zâAmerika na Koreya ya Ruguru. Kuri ubu rero uyu mwuka mubi umaze iminsi ututumba ugiye kuvamo intambara hagati yâibi bihugu byombi itangijwe na Koreya ya Ruguru. Iki gihugu cyatangaje ko yiteguye kugaba ibitero kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cyose Leta zunze […]
Ntibisanzwe : Polisi yagiye gufata abapfumu bayishumuriza inzoka
olisi ya Uganda ikorera mu gace ka Kasese yagiye gufata abapfumu bane bari bambuye umunyeshuri amashingi 800 bayitereza inzoka bariruka. Ubwo aba bapolisi bagera aho bari barangiwe nâ umunyeshuri wari wambuwe nâ abapfumu amashiringi 800 abapfumu bayitereje inzoka babiri muri bane baracika. Polisi ivuga ko bakimara kuyitereza inzoka yinginze babiri bari basigaye ngo bafate iyo […]
Ibice 2 byâigitsina cyâumugore wakwibandaho ukamufasha kurangiza vuba mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Hagati yâabashakanye akabariro ni ngomba kandi ni ingenzi mu kubaka urugo ndetse no kwagura umuryango, iki gikorwa hagati yabashakanye kiba ari ibanga hagati yabo ndetse ntagereranwa iyo uganiriye nabo cyangwa umwe muri bo. Bityo rero iyo tuvuze imibonano mpuzabitsina mbere na mbere ni iyakozwe hagati yâabashakanye, bityo ikaba ikorwa ku buryo bwateguwe, igakoranwa ubuhanga nâubushishozi […]
Intambwe 7 zikurinda icyaha cyâubusambanyi no kuguma mu murimo
Mu gihe cyashize, umwe mu ncuti yiyirukanye mu murimo kubera agakungu yari afitanye nâumugore umwe wo mu itorero, hifashishijwe ibitekerezo 7 bikurikira, kurira ngo wowe nâumuryango wawe nâitorero muri rusange bibakize uru rungabangabo. Ntukavuge uti âNtibishobora kumbaho!â Mu gihe benshi muri mwe muzunguza imitwe mwemeza ko hari ibishobora kuba mu buzima bwanyu, mu mitima yanyu […]
Gicumbi: Umukwabu wo koza abafite umwanda
Mu mpera zâicyumweru gishize mu karere ka Gicumbi haramukiye umukwabu wo koza abantu bagaragaraho umwanda aho ubu buyobozi buvuga ko bubangamiwe nacyo. Nyuma yâuko ikibazo cyâabaturage bâabanyamwanda kigaragajwe nka kimwe mu bibangamiye umujyi wa Gicumbi, kuwa gatandatu tariki ya 15 hakozwe umukwabu wo gufata abatiyuhagira, bajyanwa ku karere biyuhagira bahagarikiwe. Gufata abaturage bafite umwanda bagategekwa […]
Burundi no mu karere haranugwanugwa intambara ishingiye ku moko
Nyuma yâurupfu ryâuwahoze ari umukuru wâingabo mu Burundi Col Jean Bikomagu rwabaye ku itariki ya 15 Kanama 2015, ubu mu gihugu cyâu Burundi hari icyoba cyâuko hashobora kuba intambara ishingiye ku moko ishobora no gukongeza akarere kose. Col Bikomagu yari umusirikare wo ku rwego rwo hejuru warwanyije bikomeye ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi ubu […]
Col Bikomagu yishwe yahonderwaga agatoki ku kandi ashinjwa kwicisha Perezida Melchior Ndadaye
Nyuma yâurupfu rwa Bikomagu rwo kuri uyu wa 15 Kanama 2015, abantu benshi bahise bibuka urupfu rwa Perezida Ndadaye wishwe urwâagashinyaguro nyuma biza gushinjwa uyu Col Bikomagu ariko ubutabera buterera iyo. Ijambo ryakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga nyuma yâurupfu rwa Rukomagu, abarundi bahise bibuka ijambo Perezida Melchior Ndadaye ngo yavuze kenshi mu gihe yiyamamazaga mu […]
Ubuhamya bwâumukobwa wemera uburyo yabaye umurozi:REBA VIDEO
Ubu buhamye ni ubwa Rachel Mwanza ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu akaba amaze kuronka awards zirenga 17 zâumukinnyi mwIza muri cinema mu gihugu cya Canada. Kubera ubuzima Rachel yanyuzemo ntiyigeze yibagirwa ubuzima yanyuzemo kuva akiri muto cyane ubwo se umubyara yashakaga gutandukana nawe ndetse na barumuna be, byatumye agaruka Kinshasa kugirango atange […]
Laurent Gbagbo yameneshejwe n'ingabo zanyuze mu kuzimu
Amabanga cyangwa se ibintu bisa nk’ibitangaza kunzu izwikw’izina rya Cocody, Cocody n’inzu ikoreramo umukuru w’igihugu cya Cote D’ivoire. Nkuko tubikesha ikinyamakuru Jeune Afrique, ngo iyi nzu yakorewemo bwa mbere n’umukuru w’igihugu wa mbere FĂ©lix Houphouà «t Boigny, nyuma gato yuko iki gihugu kibonye ubwigenge. FĂ©lix Houphouà «t Boigny wari inshuti magara akanagira amabanga menshi yarafitanye n’abayobozi b’i […]
Abaturage bo muri Muhazi bati: ââTurashaka na none Paul Kagameââ
Mu gihe abanyarwanda benshi bakomeje kugenda bagaragaza ko barajwe inshinga nâuko ingingo yâ101 yo mu itegekonshinga yahindurwa Perezida Kagame akongera akiyamamariza indi manda, abaturage batuye mu murenge Muhanzi mu karere ka Rwamagana batangaje ko bagishaka cyane Perezida Paul Kagame. Aba baturage batuye mu murenge wa Muhazi ndetse banavuga ko ari abaturanyi ba Perezida Paul Kagame, […]
Dore impavu umugabo abyuka igitsina cye cyafashe umurego anashaka gukora imibonano mpuzabitsina
Mu gihe benshi bakunze kwibaza cyane ku cyaba gitera abagabo kubyuka mu gitondo bigaragara ko igitsina cyabo cyafashe umurego, inzobere mu bijyanye nâubuzima bwâimyororokere bagaragaza impamvu zitandukanye. Nkâuko bitangazwa na Aufemin.com, iyo umuntu akangutse imisemburo ya cortisol ngo iriyongera mu mubiri, Ku mugabo ubwiyongere bwâiriya misemburo ya cortisol, bujyana no kwiyongeraho 30% byâumusemburo witwa testostĂ©rone. […]
Perezida Nkurunziza ngo yashatse kurutisha umurambo wa Gen Nsimiyimana imbaga yâabarundi bishwe bunyamaswa
Ubwo Gen Adolphe Nshimiyimana yamaraga kwicwa, Perezida wâu Burundi Petero Nkurunziza yamuvuze ibigwi nâubutwari bwe, amwifuriza iruhuko ridashira ndetse anasoza atanga itegeka ko iperereza rigomba gukorwa bitarenze icyumweru akaba yamenyeshejwe uwamwishe, ibyo byose hari ababifata nko gushaka kumurutisha imbaga yâabarundi bagiye bicwa mu myaka itandukanye rimwe na rimwe ari we unabahitanye. Umunyamakuru Kiramvu Domitille mu […]
Imyanya 32 yâakazi mu karere ka Muhanga (Deadline 18/8/2015)
The Muhanga District is seeking to recruit-experienced candidates to fill the following positions: Hygiene and Sanitation Officer : Requirements: AO in Public Health, Health Sciences, Clinical Psychology, Sociology, Social Work, Environmental Health Sciences Secretary and Central Secretariat Requirements: A1 in Secretariat Studies, Office Management or AO in Public Administration, Administrative Sciences, Management, Sociology, Social Work, […]
31 JOBS at RNRA,Kigali, Rwanda â CLOSE 18/8/2015 Kigali
Rwanda Natural Resources Authority is an authority that leads the management of promotion of natural resources which is composed of land, water, forests, mines and geology. It is entrusted with supervision, monitoring and ensuring the implementation of issues related to the promotion and protection of natural resources in programs and activities of all national institutions. […]
Nyuma ya Gen Adolphe Nshimiyima na Col. Jean Bikomagu wahoze ari umugaba mukuru yarashwe arapfa
Mu gihe mu gihugu cyâu Burundi abantu bakomeje kwica buhoro buhoro, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama 2015, Col Jean Bikomagu wahoze ari Umugaba Mukuru wâIngabo mu Burundi yishwe arashwe nâabantu batari bamenyekana. Willy Nyamitwe, Umuvugizi wa Leta yâu Burundi yatangaje aya makuru avuga ko uyu mu Koroneli yarasiwe imbere […]
Evode Uwizeyimana yifashe ku gahanga akurugutura Opozisiyo
Me Evode Uwizeyimana uri muri Canada aherutse kwifata ku gahanga avuga amagambo akarishye ku mashyaka arwanya leta yâu Rwanda aba mu buhungiro. Aha akaba yarashakaga kwihimura kuri aya mashyaka yari yamubeshyeye ko yahunze igihugu. Mu byumweru bibiri bishize Me Evode yavuzweho ko yaba yahunze igihugu asubira muri Canada aho yiberaga. Ibi byavuzwe nyuma yâaho afatiye […]
Ni uha satani umwanya wo kukuganiriza araguheka ku mugongo
Uwo mugore arayisubiza ati âImbuto zâibiti byo muri iyi ngobyi twemererwa kuzirya, keretse imbuto zâigiti kiri hagati yâingobyi ni zo Imana yatubwiye iti âNtimuzazirye, ntimuzazikoreho, mutazapfa.â â Iyo nzoka ibwira umugore, iti âGupfa ntimuzapfa,kuko Imana izi yuko ku munsi mwaziriyeho, amaso yanyu azahweza mugahindurwa nkâImana, mukamenya icyiza nâikibi.â Uwo mugore abonye yuko icyo giti gifite […]
Mu gusoza amasengesho yâiminsi ya 21 ADEPR Rukurazo hitezwe ibintu bidasanzwe Kuri iki Cyumweru
Muri Adepr Rukurazo hashize iminsi ikabakaba kâubyumweru 3 hari amasengesho yâiminsi 21 yateguwe niyi Paruwasi mu rwego rwo kuzana ububyutse no guhindurira benshi ku gukiranuka Mu kiganiro bwiza.com yagiranye nâumushumba wiyi Paruwasi Karangwa Alphonse yatangaje ko mu minsi igera kuri cumi nâumunani ishize hamaze gukoreka ibintu byinshi mu buryo budasanzwe,aha yavuze ko hamaje kubatizwa abantu […]
Somalia: Ingabo za Uganda zirakekwaho kwica abantu bari mu bukwe
Umuryango uharanira uburenganzira bwa Humana Right Watch urashyira mu majwi Ingabo za Uganda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Somalia, AMISOM kwica abantu batandatu bari mu birori byâubukwe ku ya 31 Nyakanga. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch uvuga ko abo bantu bishwe nyuma yâuko imodoka zari zitwaye ingabo za Uganda mu […]
Ese igitsina cyâumugabo gisiramuye cyumva uburyohe kimwe nâikitarasiramuwe mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina?
Mu gihe hari abibwira ko kwisiramuza ari umuti wâibanze ku barangiza vuba, inzobere ku bijyanye nâubuzima bwâimyororokere zitangaza ko igihe cyo kurangiza kijya gusa nâicyâutarisiramuje. Urubuga doctissimo.fr nyuma yo kuganira nâinzobere zitandukanye rwatangaje ko abagabo benshi basiramuye bagira ibyumvo bimeze kimwe nâibyâabatarasiramuwe nâubwo hari abandi bakomeza kuribwa nâinkovu ibihe byose cyangwa se bakabona ibitsina byabo […]
Nyuma yo kurusimbuka kwa se, umukobwa wa Karaveri Mbonimpa ngo nawe yaba ahigwa byo kwicwa i Burundi
Nyuma yâibyumweru bisaga 2, Petero Karaveri Mbonimpa Umuyobozi wâumuryango uharanira uburenganzira bwa muntu ( APRODH) bagerageje kumurasa Imana igakinga ukuboko, kuri ubu umukobwa we Amandine Nasasagare yatangaje ko nawe umutekano we utifashe neza i Burundi. Amandine Nasasagare yatangaje ko umutekano we ubangamiwe, ibyo akaba abitangaza nyuma yâaho ngo abantu bataramenyekana bagerageje kumukurikira bashaka kumubuza umudendezo […]
Ubuhamya: Nyuma yo kurunguruka i kuzimu yongeye kuririmbira Imana
Umuririmbyi wigeze no gutwara Grammy award Scott Stapp yari agiye kubura ubuzima bwe bitewe no kurarikira ibyâisi, byatumye atanga umugore we akaba yari agiye no kwiyahura mu mwaka wa 2006 aho yagerageje kumanuka ku ibaraza ryo hejuru incuro zigera ku icumi . Uyu munsi ni umukristo mushya wavutse ubwa kabiri kubwâubuntu bwâImana. Uyu muririmbyi wahoze […]
Ushinzwe amasengesho arahamagarira abagabo kurya abagore babo mu gihe cyâinzara
Inkuru ibabaje kandi itaravuzweho rumwe nâabo bahuje ukwemera, Imam wa Arabia Saoudite, yemeza ko umgabo afite uburenganzira bwo kurya bimwe mu bice bimwe na bimwe bigize umubiri wâumugore we kubera ubuzima. Cheikh Abel Aziz akaba mufti muri Arabie Saoudite asobanura ijambo fatwa nkâigikorwa cyo gutanga igitambo no kubaha kâumugore nâumugabo kuko ngo iyo ariye umubiri […]
Igitsina cye cyafashe umurego kubera kubyina salsa arasezererwa
Mu Bufaransa, igihugu cyateye imbere mu bintu byinshi bitandukanye nko mu majyambere ndetse nâimbyino zabo zabaye ubukombe zikaba zinakunzwe mu bihugu byo hirya no hino ku isi aho twavuga nka (salsa dancer, Bale, slow dancer ) ndetse nâizindi. Kuri ubu nyuma yâuko habaye imyiteguro idasanzwe yerekezaga ku kubyina, umugabo ndetse nâundi mukobwa bari bitabiriye iyi […]
Twagiramungu Faustin ngo aracyafite akabaraga ariko aracyashidikanya kuza kwiyamamaza muri 2017
Nâ ubwo umunyapolitiki Twagiramungu Faustin utavuga rumwe na Leta yâ u Rwanda yemeza ko ari umudemokrate ku bwo kutifuza gukemura ibibazo abicishije mu ntambara ahubwo bigaca mu nzira ya politiki kenshi yagiye yinyuramo avuga ko azakoresha ibishoboka kugira ngo arwanye Leta ya Paul Kagame. Ibyo byatangiye kugaragara mu mwaka wâ 2003, nyuma yâ aho Rukokoma […]
Umusirikare wategetswe kwica Gen. Adolphe Nshimiyimana yamennye ibanga, bagenzi be bahembwe kwicwa
Ku cyumweru tariki ya 2 Kanama 2015, nibwo hatangajwe urupfu rwa Gen Adolphe Nshimiyimana wari umusirikare ukomeye mu gisirikare cyâu Burundi ndetse anashinzwe umutekano wihariye wa Perezida Nkurunziza, kuri ubu umwe mu basirikare bari bahawe itegeko ryo kumwica yagize icyo atangaza. Amakuru dukesha ikinyamakuru RBI (Radio Burundi international) ni uko umwe mu basirikare bari bateguwe […]
Umukobwa ugisha inama: Umusore bakundana yamusabye ko abanza kumubyarira umwana bakabona kubana
Umukobwa utifuje ko amazina ye atangazwa yifuje kugisha inama nyuma yâikibazo yahuye nacyo kukivana imbere bikamubana ingorabahizi. Yagize ati: âAmazina yenjye niâŠ. maze imyaka isga 3 nkundana nâumusore, duteganya kurushinga mu myaka 2 iri imbere ariko yanshyize ku kigeragezo numva nanjye kirimo kumaraho ibiroâ. Uyu mukobwa avuga ko umusore yamusabye ko yamubyarira umwana ku bwâurukundo […]
Perezida Kikwete yatangiye imishyikirano na FDLR
Nyuma yâaho abarwanyi ba FDLR bashimutiye abakuru bâidini ba Islam bakomoka muri Tanzaniya FDLR ikaka leta ya Tanzaniya ingurane yâibihumbi 20 byâamadorali ubu noneho Perezida Kikwete yatangiye imishyikirano nâuyu mutwe kugira aba basilamu barekurwe. Amakuru dukesha ibiro ntaramakuru byâabashinwa Xinhuwa biravuga ko ubuyobozi bukuru bwâ inyeshyamba za FDLR bwasabye igihugu cya Tanzania gutanga amadorari yâ […]
Anita Pendo wari watangaje ko ashaka umusore bakundana, yasohoye irindi tangazo
Muri iki cyumweru nibwo umushyushyarugamba Anita Pendo yatangaje ko nyuma yo gukundana nâabasore 3 bose bakajyenda batandukana ntacyo bagezeho, ko aho bigeze yifuza umusore bakundana ufite gahunda yazabageza mu rwabo. Iyi nkuru yagiye icicikana mu bitangazamakuru bitandukanye byo mu gihugu, ariko Anita yabazwa kugira icyo asubiza ku bitekerezo byatangwaga nâabasore bamushaka akanuma. Abicishije ku rukura […]
RDC : Perezida Museveni ngo ntabona ibitotsi bihagije kubera umutwe wa LRA
Inyeshyamba za Uganda ziba muri RD Congo zibumbiye muri LRA ( Lord Resistance Army) ziravugwaho kugaba igitero mu baturage ba Niangara mu majyaruguru yâintara ya UELE. Ibi bitero byagabwe muri utu duce byahitanye umuntu umwe bikomeretsa undi naho batanu barashimutwa. Mu bitero byabaye mu gace ka Nianga mu mpera zâicyumweru gishize no mu ntangiriro zâiki […]
Ibice 10 byâumubiri ushobora gukorakoraho ugashimisha byimazeyo umukunzi wawe mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina
Umubiri wâumuntu ugizwe nâibice byinshi ariko byose si ko bigira ibyiyumviro biza vuba ku buryo umugabo cyangwa umugore ashobora kubyifashisha akabikorakora mu gihe ari mu gikorwa cyâimibonano mpuzabitsina nâuwo bashakanye, gutegura uwo mwashakanye mbere yâigikorwa bifashe mwese kuba mwagera ku byishimo bya nyuma. Mu gihe usoma iyi nkuru ntuze gutangazwa nâ uko urasanga ibice bimwe […]
Mu myaka irenga 15 bamaze bacuranga Itsinda âIpfundo ryâAmahoroâ bateguye igitaramo cyo gushima Imana
Nyuma yâimyaka ir enga 15 baririmbira Imana nkâumuryango, ku nshuro yabo ya mbere Ipfundo ryâAmahoro bagiye gutaramira abakunzi bâindirimbo zihimbaza Imana. Iki gitaramo giteguranywe ubuhanga dore ko aba basore uko ari batanu buri wese ari umuhanga bikomeye ku cyuma cya muzika. Â Aba basore bayobowe na mugenzi wabo, Aaron Ndayishimiye ari nawe ufata indangaruramajwi akayobora […]
Umuhanzi Pedro Someone yakubise akanyafu abagabo birengagiza ibiryamo byabo- Umva indirimbo
Nyuma yâindirimbo âImpungegeâ umuhanzi Pedro Someone yagarukanye indi ndirimbo nshya yise âIsubirehoâ ikubiyemo ubutumwa bukubita akanyafu abagabo birengagiza inshingano zabo zâurugo. Mu kiganiro na Bwiza.com, cyo kuri uyu wa kane tariki ya 13 Kanama 2015, umuhanzi Pedro Someone nâubwo bwose akiri ingaragu avuga ko ababazwa cyane nâumugabo uvuga ko ari umugabo uhamye, uta urugo rwe […]
Desire Luzinda wizihije isabukuru yâimyaka 25 inshuro zirenze imwe byagaragaye ko ashobora kuba afite ikabakaba 40
Umuhanzi Desire Luzinda umaze kubaka izina mu gihugu cya Uganda kubera amafoto yâurukozasoni, no kuryamana nâibyamamare bitandukanye yashyize hanze ifoto yo mu bwana bwe akiri umunyeshuri ivugisha abatari bake. Mu mpera zâicyumweru gishize nibwo Desire Luzinda yizihizaga isabukuru yâamavuko, akaba yarizihizaga ko yujuje imyaka 25 mu gihe byari byatangajwe ko yari yujuje imyaka 26. Â […]
Umucamanza wo muri Espagne wari wifuje guta muri yombi Gen Karake yakubise igihwereye
Mu gihe umucamanza wo muri Espagne yasabaga ubuyobozi bwâu Bwongereza kubuza Gen Karenzi Karake kuza mu Rwanda, uyu mucamanza yamaze gukubita igihwereye kuko Gen Karenzi Karake yamaze koherezwa mu Rwanda. Kuri uyu uyu Gatatu nibwo umucamanza wo muri Espagne yari yabujije Leta yâu Bwongereza kohereza mu Rwanda Gen Karenzi Karake nyuma yâuko urukiko rwa Westminster […]
Mbere yo kuba Perezida wâu Burundi, Petero Nkurunziza ngo yari yarakatiwe urwo gupfa
Mu gihe hari abakeka ko Perezida Nkurunziza yagundiriye ubutegetsi ku bwâImpamvu zo gukunda ubuyobozi nâibyubahiro mu Burundi, umwe mu bahoze ari abanyamuryango bâishyaka rikorana na CNDD FDD yatangaje ko Nkurunziza yari yarakatiwe igihano cyâurupfu ari nacyo ntandaro yo kugundira intebe. Bernard Ntungwanayo wahoze ari Visi Perezida wâ Ishyaka FNL-Iragi rya Gahutu RĂ©my, ishyaka rikorana na […]
Umushyushyarugamba Anita Pendo arashaka umugabo, dore ibisabwa ku musore yifuza ko barushingana
Umushyushyarugamba Anita Pendo nyuma yo gukundana nâabasore batandukanye barimo Bac T, Nizzo wo muri Urban Boyz ndetse na Producer David ntibagire icyo bageraho, kuri ubu yatoboye avuga umusore ubu yifuza ko bakundana. Anita Pendo nyuma yo gukundana nâabo basore bose bakamubera, ngo arifuza umusore ufite gahunda ihamye yazatuma barushingana bakabana akaramata. Ibi yabitangaje kandi hari […]
Kim Kardashian yagaragaje ubwambure bwe atwite bitera urujijo mu bafana -AMAFOTO
Kim Kardashian umugore wâicyamamare Kanye West akomeje kwigaragaza mu mafoto agaragaza ubwambure bwe, kuri iyi nshuro yatangiye kugaragaza ko akiri mwiza kandi ateye neza nâubwo atwite. Â Kardashian akimara kubyara imfura ye North ,abaganga bamubwiye ko nta wundi mwana azabyara,ariko kubwâamahirwe Imana imukuraho igisuzuguriro. Nyuma yo kumva amakuru avuga ko yaba yarahindanye kubera gutwita ariko […]
Contact FM na City Radio zimaze gufungwa kubera kutishyura imisoro
Radio Contact FM na City Radio zimaze gufungwa zizira kutishyura imisoro ya RRA. Kuri uyu wa Gatatu nibwo RRA yatangiye igikorwa cyo gufunga ibigo biyifitiye imyenda yâimisoro. Ku ikubitiro mu masaha ya mu gitondo bahereye kuri Contact FM mbere ya saa sita naho nyuma ya saa sita mu masaha ya saa munani bafunga City Radio […]
Ngo haba hari abatangiye gusaba amafaranga batanze mu kigega Ishema ryacu ?
Nyuma yâaho bamwe bari mu byishimo ko Gen.Karenzi yarekuwe,abandi barasaba amafaranga bari batanze mu kigega âIshema ryacuâ. Ibi bibaye kuri uyu wa mbere taliki 10/8/2015, aho urukiko rwo mu Bwongereza rufashe icyemezo cyo kurekura Gen Karenzi Karake ndetse akaba yataha mu Rwanda nta yindi ngwate asabwe hari abari gusaba ko basubizwa ayo bari batanze nkâumusanzu […]
Abo mu ishyaka RNC rirwanya Leta yâu Rwanda barahekenya amenyo nyuma yâirekurwa rya Gen. Karenzi Karake
Mu gihe hari abarimo kubyina intsinzi ya Lt Gen Karenzi Karake nyuma yâifungurwa rye mu Bwongereza, abo mu ishyaka RNC rirwanya Leta yâu Rwanda bagaragaje ko batabyishimiye mu nyandiko bandikiye Loni. Dr Rudasingwa ThĂ©ogene umuhuzabikorwa muri RNC mu kiganiro yagiranye na BBC Gahuza, asobanura ku bijyanye nâinyandiko yandikiye umuryango wâabibumbye yatangaje ko irekurwa Gen Karenzi […]
Bamwe mu bari abashyitsi ba Padiri Karekezi barakekwa ko aribo bamuhitanye
Abakozi 3 bo mu rugo rwa nyakwigendera Padiri Dominique Karekezi bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho kuba ariho bamuhitanye. Biravugwa kandi ko abashyitsi basuye nyakwigendera aribo baba baragize uruhare mu rupfu rwe. Padiri Dr Dominique Karekezi yapfuye mu gitondo cyo kuwa Mbere mu rugo rwe mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana . Uwitwa Claude […]
Umuyobozi wa Shaolin Tample ari mu mazi abira azira agakingirizo yakoresheje asambana nâumugore
Liu Liming umugore uvuga ko yahoze akundana nâicyamamare mu mukino wa Karate mu Bushinwa Shi Yongxin yatanze gihamya yâagakingirizo karimo intanga bakoresheje maze bishyira uwo mugabo mu mazi abira. Liu avuga ko yoherereje Shi Yongxin ku ikubitiro agakingirizo karimo intanga, agira ngo agaragaze ukuri kwe, nyuma yabona bitagize icyo bitanga agashyira ku ka rubanda ikariso […]
Suudi Lukwago arahamya ko yasambanye nâabagore 500 mbere yo kubamenyekanisha muri Music
Suudi Lukwago aturuka mu gihugu cya Uganda akora akazi ko kwamamaza no gusakaza ibihangano byâabahanzi batandukanye bo mu gihugu cya Uganda ndetse no hanze yaho mu rwego rwo kubimenyekanisha akaba abarizwa mu Idini ya Islam. Aganira nâumunyamakuru mu kiganiro bakoreye muri Hotel Africana nâibitwenge byinshi yavuze ko afite abana5 yabyaye mbere yuko akora ubukwe ariko […]
Abanyeshuri biga mu burezi bwâibanze bwâimyaka 12 mu Rwanda bagiye kuzajya bagaburirwa ku nkunga ya USA
Ikigo gishinzwe ubuhinzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika cyasinye amasezerano yâimikoranire nâu Rwanda ndetse kinatanga inkunga ya Miliyoni $25 zâamadorari mu guteza imbere gahunda yo kugaburira abana ku mashuri mu Rwanda. Ibi kandi byemejwe na Minisitiri wâubuhinzi muri Leta zunze ubumwe za Amerika Minister Krysta Harden ndetse na ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za […]
Uruhinja rwa Diamond na Zari rwatangiye gusinyira akayabo ka za miliyoni zisaga 50 rutarasohoka mu nzu
Infura yâumuhanzi Diamond itaranamara icyumweru ivutse, yamaze gusinya amasezerano yo kwamamariza inzu icuruza imyambaro yâabana muri Tanzaniya ku kayabo ka Miliyoni 50 zâamashiringi ya Tanzania ku mwaka. Uyu mukobwa wâimfura ya Diamond yagiriwe icyizere nâinzu icuruza imyenda yâabana âTanzanian baby shopâ iherereye mu mujyi wa Msasani ho muri Tanzania, nyuma yâumunsi nâigice avutse bemeranya umushahara […]
Muri Nyamasheke mutuelle yasimbuye irangamuntu utayifite ntiyemererwa kurenga umutaru
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Karengera Mutuyimana Gablier aravuga ko nta muturage uzongera kujya mu misa, mu muhanda no mu tubari atitwaje ubwisungane mu kwivuza (mutuelle de santĂ©). Ibi bikaba biri mu rwego rwo kugenzura uko ubwisungane mu kwivuza butangwa muri uyu murenge wa Karengera. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâumunyamabanga Nshingwabikorwa wâumurenge wa Karengera Mutuyimana Gablier […]
Perezida Kagame yagize icyo avuga ku irekurwa rya Lt Gen Karake wari ufungiye mu Bwongereza
Nyuma yâirekurwa rya Lt Gen Karenzi Karake wari umaze iminsi isaga 50 afungiye mu gihugu cyâu Bwongereza, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko ukuri guhora ari ukuri. Abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, Perezida Kagame yatangaje ko ukuri buri gihe guhora ari ukuri ndetse anashimira abanyarwanda nâinshuti zâu Rwanda zagize uruhare mu kugaragaza ko […]
Nicki Minaj yemeye ko yakoranye imibonano mpuzabitsina mu kavuyo nâicyamamare Meek Mill
Mu gihe Nicki Minaj avugwaho gutendeka abasore benshi, mu rwego rwo kubangikanya neza abahanzi Meek Mill na Drake, Nicki Minaj yahisemo kuzajya yita Meek Mill â Baby Father â nkâakazina kazimije ndetse ko batigeze bakundana ahubwo basambaye bitunguranye. Minaj asobanura ko âBaby Fatherâ yaryise Meek ashaka gusobanura umuntu mwaba mwarahuriye mu kavuyo bikaza kubaviramo kuryamana […]
Urupfu rwa Padiri Karekezi wari umuyobozi wa INATEK rukomeje kubera benshi urujijo
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 10 Kanama 2015,Padiri Dr Dominique Karekezi wari Umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo (INATEK) bamusanze mu cyumba cye yapfuye. Kugeza ubu urupfu rwe rukomeje kuba urujijo bibaza icyo yazize. Amakuru ava mu rugo rwa Padiri Karekezi Dominique avuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere abakozi […]
Ibyago 5 ( impanuka) bitangaje ku isi byibasiye abakoraga imibonano mpuzabitsina.
Igikorwa cyo guhuza ibitsina ni igikorwa gishimisha ku mpande zose yaba abantu barimo kubikora ndetse no ku nyamaswa. Ni gake cyane ushobora kumva ko abantu bari gukora imibonano mpuzabitsina bashobora kugira impanuka bigatuma bajyanwa kwa muganga cyangwa se bikaba byabaviramo urupfu. Muri iyi nkuru twabakoreye icyegeranyo cyâibyago cyangwa impanuka abari gukora imibonano mpuzabitsina bahuye nabyo. […]
Ubuhamya bwâuburyo Gen. Nshimiyimana ngo yishwe na Perezida Nkurunziza kubera agasuzuguro
Mu gihe amarira akiri menshi ku bakunzi ndetse nâababanaga na Gen Nshimiyimana Adolphe mu gisirikare cyâu Burundi nyuma yâurupfu rwe, urupfu rwe rwabereye benshi urujijo bityo ngo uyu mujenerali yaba yarishwe ku bwâagasuzuguro yari amaze kugaragaza imbere yâumukuru wâigihugu Petero Nkurunziza maze ahita atanga itegeko ryo kumurasa. Muri ubu buhamya, bitangazwa ko Gen Nshimiyimana yishwe […]
Exclusive: Gen Karenzi Karake amaze kurekurwa
Urukiko rwo mu Bwongereza muri aya masaha yâigicamunsi rumaze gufata icyemezo cyo kurekura Gen Karenzi Karake wari warafatiwe mu Bwongereza. Uru rukiko kandi rukaba rwafashe icyemezo nanone cyo gutesha agaciro inyandiko zâumucamanza Fernando Andreu Mereles ndetse abuzwa no kwitaba ubucamanza bwa Espagne. Umwe mu banyamakuru bari mu Bwongereza Jr Sabena Mutabazi wari ku rukiko rwafashe […]
Urusaku rwâamasasu na gerenade rwongeye kumvikana mu mujyi i Bujumbura
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere tariki ya 10 Kanama 2015, mu mujyi wa Bujumbura muri zone ya Jabe/Nyakabinga ndetse na Cibitoke humvikanye urusaku rwâamasasu ndetse hanaterwa gerenade. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo Polisi yatangaje aya makuru nkâimpamo ndetse inemeza ko abapolisi 2 bakomerekejwe nâibyo bisasu bityo hanatwikwa […]
Ese koko Me Evode Uwizeyimana ngo yaba yongeye guhungira muri Canada ?
Mu mpera zâicyumweru gishize nibwo Me Evode Uwizeyimana yari ageze mu gihugu cya Canada aho yigeze kuba igihe kitari gito ubwo yahungaga u Rwanda. Kugeza ubu abantu baribaza niba yagiye agiye mu butumwa bwâakazi, urugendo bwite cyangwa se niba yongeye guhunga . Me Evode Uwizeyimana nyuma yo kwemera guca bugufi yatahutse mu Rwanda ashyirwa muri […]
Umugore wihindura inzoka arashinjwa kuruma abantu bagahita bapfa
Monique Zanga ni umugore wâimyaka 46 yâamavuko, uyu mugore akaba atuye mu gace ka Mbag ko muri Kadey muri Cameroun, arashinjwa kwihindura inzoka akarya abantu. Amakuru dukesha Camer.be ni uko Monique Zanga ashinjwa nâabaturage bo muri aka gace atuyemo kuruma abantu 10, batatu muri bo ngo akaba yaragiye abaruma yihinduye inzoka ako kanya bagahita bapfa. […]
Umugabo ashobora kureba filme amasohoro akaza
Ubushakashatsi bwakozwe nâimpuguke mu buzima bwâimyororokere, bugaragaza impamvu umugabo rimwe na rimwe ashobora kurambirwa vuba uwo bashakanye akaba yahitamo kurushinga nâundi mushya bahuye muri iyo minsi. Ubushakashatsi bwakozwe nâikigo gikora ubushakashatsi ku buzima bwâimyororokere, âEvolutionary Psychological Scienceâ, bwakorewe ku bagabo 21 bari hagati yâimyaka 18 na 23. Aba bagabo bashyizwe hamwe bahabwa kureba amashusho akangurira […]
Umupolisi yatunguwe no kubona inzoka ifasha umushoferi gutwara imodoka
Bikunzwe kuvugwa ko abantu batari bake bakoreshwa nâimbaraga zidasanzwe, bamwe bakabyemera abandi bakabihakana, ariko noneho hatahuwe umugabo utwara imodoka ye ari hamwe nâikiyoka. Ubwo umupolisi yahagarikaga imodoka kubera umuvuduko, yatunguwe no kubona umushoferi ari hamwe nâinzoka nini cyane imugendagendaho akubitwa nâinkuba abura uko abaza ibyango byâimodoka ndetse nâibiranga umushoferi. Umwe mu bashoboye kumenya uyu mushoferi […]
Ibanga ryifashishwa nâumugabo ufite igitsina kigufi,urangiza vuba ndetse nâukora imibonano mpuzabitsina ananiwe
Mu minsi ya vuba nibwo bamwe mu bakunzi nâabasomyi ba Bwiza.com batwandikiye batugisha inama ku bibazo abagabo bamwe na bamwe bahura nabyo byo kurangiza vuba,abafite ibitsina bito cyangwa bakora akazi kâingufu ntibabashe gutonora abagore babo ku buriri mu gihe cyâakabariro. Urubuga G Spot rusobanura uburyo umugabo yakoresha mu gutera akabariro nâuburyo yabigenza kandi imibonano igakomeza […]