Minisitiri abona Bobi Wine nk’umutungo w’igihugu ukwiriye kurindirwa umutekano

Minisitiri ushinzwe ibibazo byâimbere mu gihugu, Obiga Kania yabwiye abadepite ko mugenzi wabo Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ari umutungo wâigihugu ukwiriye kurindirwa umutekano. Ni amagambo yatangaje tariki y a 15 Mutarama, imbere yâaba badepite bagize akanama kâumutekano nâibibazo byâimbere mu gihugu, avuga ko leta yafashe ingamba zidasanzwe zo kurinda uyu munyapolitiki (Bobi […]
EU iramagana leta yâu Burundi ku bwo guhohotera no kunigana ijambo abaturage
Inteko ishinga amategeko yâUmuryango wâUbumwe bwâUburayi yunze mu ijambo indi miryango mpuzamahanga yavuze, ishinja leta yâu Burundi guhohotera abaturage no kubima uruvugiro. Ingingo zikubiye mu butumwa bwâiyi nteko ishinga amategeko, zigaragaza uburyo leta yâu Burundi itubahiriza uburenganzira bwâabaturage nkâihoterwa ribakorerwa kwambura ububasha itangazamakuru n’uko Reuters yabitangaje uyu munsi tariki ya 16 Mutarama 2020. Iki kibazo […]
Umuhanzi Big Eye arinubira guhura na Perezida Museveni
Umuhanzi Ibrahim Mayanza uzwi mu muziki nka âBig Eyeâ yavanyeho igihuha cyâuko yaba yarahawe amafaranga menshi na Perezida Yoweri Museveni ubwo baherutse guhura. Yavuze ko bitagenze neza kuko nta nâigiceri yamuhaye. Ni mu butumwa uyu muhanzi yatangarije kuri televiziyo ya NBS yo muri Uganda ejo tariki ya 15 Mutarama 2020. Mu byo yaganiriye na Perezida […]
Abahinde bakoze umugati ureshya n’ibilometero 6.5

Abatetsi bâimigati 1,500 bo mu mujyi wa Kekala mu Buhinde nâabatware babo, bakoze umugati udasanzwe ufite uburebure bw’ibilometero 6.5 (6.5km), bagamije guca agahigo ko kuba aba mbere ku isi bakoze umuremure kurusha iyabayeho zose. Ufite ubugari bwa 10Cm nâuburemere bwa Toni 27. Aba batetsi bamaze amasaha arenga 4 yâumunsi wâejo ku wa gatatu bakora iyi […]
Bivugwa ko abarinzi 12 ba Perezida Nkurunziza batawe muri yombi ku mpamvu zitaramenyekana
Abarinzi bâUmukuru wâIgihugu 12 bakorera muri Burigade idasanzwe batawe muri yombi, bigakekwa ko ari ukugira ngo babazwe ibyâamasasu avugwa ko yarasiwe hafi yâingoro ya Perezida Nkurunziza muri Gitega mu ijoro rya tariki ya 12 rishyira iya 13 Mutarama 2020. Amakuru dukesha SOS Media avuga ko aba barinzi batawe muri yombi nâUrwego rwâUbutasi rwa Gisirikare tariki […]
Niyonzima Ally yagarutse mu Rwanda yerekeza muri Rayon Sports
Umukinnyi wâikipe yâigihugu Amavubi, Ally Niyonzima wakiniraga ikipe yo mu gihugu cya Oman, yagarutse muri shampiyona yâu Rwanda yerekeza muri Rayon Sports. Mu mpeshyi yâumwaka ushize ni bwo uyu musore ukina hagati mu kibuga yari yerekeje muri Oman, nyuma yo gutandukana na APR FC yari amaze amezi akinira. Rayon Sports binyuze muri Perezida wayo Munyakazi […]
Uburusiya: Minisitiri wâIntebe na guverinoma ye beguye

Minisitiri wâIntebe wâUburusiya, Dmitry Medvedev na guverinoma ye beguye , yatangaje ku mugaragaro ubwegure bwe kuri uyu wa 15 Mutarama 2020 mu itangazo ryaciye kuri televiziyo yâigihugu. Kwegura kwabo kwaje nyuma yâicyemezo cya Perezida Vladimir Putin, wavuze ko itegekonshinga rigiye kuvugururwa, rikaganya ububasha bwâuzamusimbura, ahubwo bukajya kuri Minisitiri wâIntebe nâInteko ishinga amategeko. Gusa nkâuko CNN […]
Ubushomeri bwatumye yihindura umugore ibyumweru bibiri kandi ari umusore
Richard Tumushabe washyingiranwe na Imam witwa Mohamed Mutumba, bakamarana ibyumweru bibiri ataramenya igitsina cye yasobanuriye itangazamakuru ko yabitewe no kubaho nta kazi agira. Tumushabe yashakanye na Imam Mohamed, yiyise Swabullah Nabukeera, amazina asanzwe yitwa abâigitsina gore. Yagejejwe imbere yâubutabera ejo tariki ya 14 Mutarama 2020, asobanuro imibereho ye na bagenzi be badafite akazi mu mugi […]
Uwiyitaga Yesu yashatse kwimanika mu mugozi uziritse hejuru ku ipoto
Mu muhanda rwagati i Nairobi muri Kenya, ahitwa CBD tariki ya 13 Mutarama 2020, umugabo utaratangajwe amazina yuriye ipoto ibaho amatara ayobora imodoka, ashaka kwizirika umugozi ngo yiyahure, yiyita âYesu ugiye kumanukira ingo zaboâ. Nk’uko SDE ibivuga , uyu muhanda wari wuzuyemo abantu, bose batungurwa no kubona uyu mugabo ari hejuru, ashaka kwiyambika uwo mugozi […]
Yansabye gukuramo inda kugira ngo dukomeze kubana, ariko byananiye. Nkore iki?
Maze imyaka ibiri nkundana na Murengezi kandi urukundo rwacu rugaragarira buri wese utubona. Murengezi afite gahunda yo gushaka umugore mu 2024 kandi yambwiye ko nta kabuza ari njyewe. Twakoze ikosa, dukora imibonano mpuzabitsina idakingiye, birangira anteye inda ariko ntiyahise abimenya. Inda yatangiye kugaragara, mubwiza ukuri ko ari we wayinteye kirya gihe. Murengezi yashidukiye hejuru gusa […]
Rwanda-Uganda: Igihe cyo kwirinda gukoma rutenderi
Hashize imyaka irenga ibiri abaturanyi ndetse nâabavandimwe (u Rwanda na Uganda) batabanye neza, bigira ingaruka kuri buri ruhande, bituma bakumbura bya bihe bagenderanaga, igihe bahahiranaga, igihe bahanaga akazi, na cya gihe bashyingiranaga batishisha. Icyizere cyari cyagarutse ubwo abakuru bâibihugu byombi bahuriraga hakurya i Luanda muri Angola ku wa 21 Kanama 2019, barahirira gusubiza ibibazo byâabaturage […]
Ibiciro by’umuriro w’amashanyarazi byazamuwe

Urwego rwâigihugu ngenzuramikorere, RURA, rwamaze gushyiraho ibiciro bishya byâumuriro wâamashanyarazi bisimbura ibyari byarashyizweho muri Kanama 2018. Muri rusange ibiciro byâumuriro wâamashanyarazi byazamutse ugereranyije nâibyari byarashyizweho mu myaka igera kuri ibiri ishize. Abakoresha umuriro uri hagati ya Kilowati 0 na 15, umuriro bazajya bawugura kuri 89 Rwf kuri kilowati mu gihe kingana n’ukwezi. Iki giciro kingana […]
Musanze: Umugore wâuwahoze ari Visi Meya aratabaza Perezida Kagame nâumufasha we

Umugore wa Ndabereye Augustin wahoze ari Visi Meya wâakarere ka Musanze ushinzwe iterambere nâubukungu, aratabaza Perezida wa Repubulika, Paul Kagame nâumufasha we, Jeannette Kagame. Ndabereye yegujwe kuri uyu mwanya mu karere ka Musanze ku mpamvu zirimo guhoza ku nkeke umugore we, kumukubita no kumukomeretsa. Ibi ni na byo byaha aburana mu rukiko rwisumbuye rwa Muhoza. […]
Peru: Ba mukerarugendo bari mu mazi abira bazira kwituma mu ngoro ntagatifu
Ba mukerarugendo batandatu barimo nâumugore ukomoka mu Bufaransa batawe muri yombi bazira kwituma mu ngoro ntagatifu yo muri Peru, ibintu bifatwa nko kwica umuco ushingiye ku murage wâiki gihugu. Inkuru yâifatwa ryâaba bakerarugendo yemejwe na Wilbert Leyva, umuyobozi wa Polisi ya Peru mu gace ka Cusco ubwo yaganiraga nâurwego rwâitangazamakuru ryo muri kiriya gihugu rwitwa […]
Gasabo: Birakekwa ko umwana wâimyaka 10 yapfuye yiyahuye
Umwana wâimyaka 10 yâamavuko mu karere ka Gasabo, umurenge wa Nduba mu kagari ka Gasanze birakekwa ko yapfuye yiyahuye nyuma yo gusangwa amanitse mu mugozi uziritse mu giti cyâipera. Amakuru yâibyâurupfu, abaturage bayamenyeshejwe na murumuna wâuyu mwana wâimyaka 9 yâamavuko. Jeanne Nibagwire, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Gasanze yabwiye Umuseke dukesha aya makuru ko uyu mwana […]
Umukobwa usanze umugabo kubera amafaranga, birangira abatandukanyije-Aline
Umugabo akwiriye gushaka umugore umwishimiye uko ari, atari uko afite amafaranga. Mu gihe ya mafaranga yashize cyangwa yabuze, iteka umugore akamuhora iruhande. Umugore usanze umugabo amukurikiyeho amafaranga, iyo abuze baratandukana. Mugabo! Uramenye ntube umupfapfa ngo wifashishe amafaranga ufite ukurura abagore. Ba wowe, reka kuba amafaranga ahubwo ijmico nâimyitwarire yawe ureke bibe ari byo bagukundira.
Yibye imyambaro ya gisirikare ngo ajye atega atishyuye ay’ingendo
Umuturage witwa James Mwanateba w’imyaka 40 y’amavuko utuye mu mugi wa Dar es Salaam muri Tanzania yafashwe yambaye imyenda y’igisirikare cy’igihugu, bivugwa ko yari agamije kujya akora ingendo mu modoka atishyuye. Aya makuru dukesha East African TV avuga ko Mwanateba yafashwe n’abapolisi b’abasirikare (Military Police) uyu munsi tariki ya 13 Mutarama 2020, mu gace ka […]
Microsoft iraburira abafite mudasobwa zigikoresha uburyo bwa ‘windows7’
Ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft kirasaba abagifite mudasobwa zikoresha uburyo (operating system) bwa ‘windows 7’ ko babuvugurura bitarenze ejo tariki ya 14 Mutarama 2020. Windows 7 ni bwo bushaje mu buryo butatu bugikora. Bwagiye hanze tariki ya 22 Nyakanga 2009. Nk’uko Microsoft babisobanura, ni uburyo butakijyanye n’igihe ari yo mpamvu basaba abafite mudasobwa zikibukoresha, basabwa kwimukira […]
Umugabo ntabwo ari akamashini kawe gakora amafaranga-Aline
Urugo ruhire ku bamaze gushaka, nifuriza imyiteguro myiza y’ababifite muri gahunda. Ngarukanye izindi nama zabafasha kugira urugo rwiza kandi rusazwe n’umunezero. Uyu munsi ndavuga ku ruhare rw’umugore mu iterambere ry’urugo. Ni koko umugore agira uruhare mu iterambere n’imibereho y’urugo ariko hari imyumvire abagore benshi bagira navuga ko idahwitse. Abagore benshi twabaye ba ‘nyamutegereza akazaza’, tugategera […]
Icyizere ku mubano w’u Rwanda na Uganda, impaka kuri Col. Rukunda mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 6 Mutarama 2020, kirangira tariki ya 12 Mutarama 2020. Amakuru y’ingenzi yibanze ku bubanyi n’amahanga harimo imiterere y’umubano uri mu bihugu biri muri aka karere, ingaruka z’umwuka mubi uri hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe z’America, kuri ibi bihugu ubwabyo ndetse no ku isi muri rusange. Andi makuru avuga […]
Uganda: Ibirometero hafi 200 Perezida Museveni yagendesheje amaguru bisobanuye iki?

Ntibisanzwe kumva Perezida w’igihugu runaka agendesha amaguru urugendo rurerure cyane mu gihe atari mu gikorwa cyo kugorora imitsi benshi bakunze kwita kurwanya ubusaza. Kugorora imitsi byo ni ibisanzwe ku muntu wese ubishaka wifuza kurwanya indwara no gushaka ubuzima bwiza. Abandi bagendesha amaguru ni ababa badafite ubushobozi buhagije cyangwa abatuye mu cyaro ahatagera ibinyabiziga. Ku mukuru […]
Umwaka wâimikino ushobora kurangira Suarez atongeye gukinira FC Barcelona
Abaganga bâikipe ya FC Barcelona bagaragaje ko Umunya-Uruguay Luis Suarez agomba kumara amezi ane hanze yâikibuga, nyuma yâimvune yagiriye mu mukino ikipe ye iheruka gutsindwamo na Atlertico Madrid ibitego 3-2. Ku wa gatanu wâiki cyumweru ni bwo aya makipe yombi yari yahuye, mu mukino wa Super Cup ya Espagne wabereye muri Arabie Saoudite. Suarez yakinnye […]
Aline asobanura uburyo igitsina ari ifunguro
Nitwa Aline, umujyanama w’imiryango ishaka kubaka urugo mu buryo bw’imibanire rugakomera, rugahinduka icyitegererezo mu zindi. Birashoboka ko iri banga ryafasha abubatse, bagahorana ibyishimo mu ngo zabo. N’ubwo abenshi badashobora kwerura ngo babivuge mu ruhame, gahunda yo mu buriri ikunze guteranya abagore n’abagabo, ubwumvikane bukaba buke, hafi gutandukana bitwaje izindi mpamvu zidasobanutse. Hari ibyo umugore agomba […]
Iran: Bakoze imyigaragambyo bamagana iraswa ry’indege ya Ukraine, Trump abita intwari
Abanyeshuri bo muri kaminuza ebyiri ziri mu murwa wa Tehran muri Iran bakoze imyigaragambyo yamagana iraswa ry’indege ya Ukraine yari itwaye abantu 176, bose bakahatakariza ubuzima. Ni nyuma y’aho Perezida w’iki gihugu, Hassani Rouhani yemereye ko ingabo z’igihugu zibeshye zikayirasa. Perezida Trump wiswe intandaro y’uyu mwuka mubi wongeye kubura mu buryo bweruye hagati y’America na […]
Murumuna wange yanguye mu maboko, none bigiye kumviramo kugumirwa. Nkore iki?
Nitwa Ange [ni ryo zina mpisemo gukoresha], mfite imyaka 25 yâamavuko. Mu rugo turi abana batatu gusa ni nge mukuru. Turi imfubyi kuko mama twari dusigaranye yapfuye mu 2015. Ubwo nari nasize mu nzu (aho turyama) amafaranga nari nakoreye bubyizi, nteganya kuyahaha, karumuna kange kari gafite imyaka cumi nâibiri karayibye. Nabanje kugera mu rugo, mbaza […]
Umugabo yasambanyije imbwa, arangije arayica
Tariki ya 9 Mutarama 2020 ni bwo umugabo witwa Boniface Mutuku Munyao utuye Machakos muri Kenya yafashwe na polisi y’igihugu akurikiranweho gufata ku ngufu imbwa y’ingore (imbwakazi) yarangiza akayica. Nk’uko ikinyamakuru Bongo 5 kibitangaza, abaturage ngo bumvishe urusaku rw’imbwa yaririraga mu nzu ya Boniface Mutuku, maze bica umuryango maze barinjira. Bageze mu nzu basanga imbwa […]
DRC: Havutse umutwe ugamije kuburizamo umugambi wo gucamo ibice igihugu
Bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze bakomoka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo baremye umutwe ‘Simama Kivu Mouvement’ ugamije kuburizamo umugambi wo gucamo ibice iki gihugu, nk’ uko bumvikanishije amajwi yabo ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Aba barimo Alain Basubi Asumani, Batalingana Kakenga Adolphe, Borris Maelezo, Jean Louis Kwanza Masimango n’abandi bavuganye uburakari bwinshi bamagana […]
Abarangije Kaminuza batarabona impamyabumenyi bemerewe gupiganira imyanya yâakazi

Minisiteri yâabakozi ba leta nâumurimo yemereye abanyeshuri barangije amasomo ya Kaminuza ariko batarabona impamyabumenyi zabo gupiganira imyanya yâakazi, nyuma yâimbogamizi bamwe bagiye bagaragaza zo kubona amahirwe yâakazi ariko ntibemererwe gupigana. Ni mu itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri wâabakozi ba leta nâumurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan. Muri iri tangazo, Minisiteri yâabakozi ba leta nâumurimo yasabye ko ibyangombwa […]
Abanya-Kenya basabwe kurya udukoko tw’inzige

Udukoko tw’inzige tumaze iminsi twibasiye uduce dutandukanye twa Kenya. Prof. John Nderitu, umuhanga mu by’ubumenyi bw’udukoko aragira inama abaturage ngo bazirye nyuma y’aho twangije hegitari zirenga 70,000 muri Somalia na Ethiopia. Inzige ni udukoko tujya ahantu ari twinshi cyane kandi tukagira umuvuduko uhambaye kuko ubushakashatsi bugaragaza ko tugenda ibilometero 130 ku munsi. Mu kurya, bitewe […]
Iran yemeye ko ari yo yarashe indege ya Ukraine yaguyemo abantu 176
Leta ya Iran iremera ko ingabo zayo zibeshye zikarasa indege itwara abagenzi ya Ukraine ku wa 8 Mutarama 2020, abantu 176 barimo bose bahatakariza ubuzima. Ihanurwa ry’iyi ndege ryajyanye n’iraswa rya misile zirenga 12 ku birindiro by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’America muri Iraq. Muri iryo joro iyi ndege ya Boeing 787-800 yarasiwemo, byatangiye byitwa […]
Perezida wa Zimbabwe yagiye mu kiruhuko, asiga abantu babiri bo kumusimbura
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa tariki ya 8 Mutarama 2020 yafashe ikiruhuko cy’ibyumweru bitatu, asiga abantu babiri ngo babe bamukorera inshingano mu gihe adahari. Itangazo ryanditswe n’umuvugizi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, George Charamba gusa ngo Perezida Mnangagwa araba ari imbere mu gihugu nk’uko ikinyamakuru New Zimbabwe kibivuga. Ryagiraga riti: “Ibiro by’Umukuru w’Igihugu na guverinoma birabamenyesho ko […]
Ni iyihe mpamvu Col. Rukunda yateye umugongo ingabo za Congo?

Col. Michel Rukunda bakunda kwita Makanika ni umunyamulenge wavukiye kuri se witwa Rutubuka na nyina witwa Sada ahitwa mu Igaryi muri teritwari ya Uvira mu 1974. Mu 1994 ni bwo yinjiye igisirikare cya DRC. Yagize mu mutwe w’ingabo wa ADLR/ADFLC (The Alliance of Democratic Forces for the Liberation of Congo-Zaire), aba komanda wa segisiyo, ari […]
Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
Nitwa Gervais ndi umukozi wo murugo ariko by’umwihariko nshinzwe koza imidoka ya databuja no gukingura igipangu bitewe n’uko ataha bwije(databuja). Mabuja ajya aza kunganiriza akambaza ibibazo bijyanye n’imibonano mpuzabitsina gusa ngira ubwoba bwo kubivugaho kuko mba ntinya ko banyirukana ariko uko akomeza abinganiriza nanjye ndatwarwa, nkirekura tukabivugaho. Rimwe mabuja yanyeruriye ko umugabo we atamuhaza ko […]
Israel iravugwaho kurasa misile ku birindiro by’Ingabo za Iran muri Syria
Ku birindiro by’Ingabo za Iran ziba hafi y’umupaka uhuza Syria na Iraq hatewe misile kuri uyu wa 9 Mutarama 2020 ihitana abantu umunani bivugwa ko Israel yaba ibyihishe inyuma. Ikinyamakuru Haaretz cyo muri Israel dukomoraho aya makuru kivuga ko umuryango wo mu Bwongereza utara amakuru ku ntambara muri Syria watangaje ko misile [zitavugwa umubare] zarashwe […]
Gen. Kabarebe yavuze ko komanda wa FDLR, Gen. Omega atari bumare kabiri

Mu itorero ry’abarimu bigisha amateka mu mashuri yisumbuye riri kubera mu karere ka Nyanza, kuri uyu wa 9 Mutarama 2020 Gen. James Kabarebe yavuze ko Gen. Pacifique Ntawunguka (Omega) uyoboye umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda atazamara kabiri. Gen. Kabarebe usanzwe ari umujyanama w’Umukuru w’Igihugu mu by’umutekano yaganirizaga aba barimu 1623 ikiganiro ku ndangagaciro […]
Burundi: Jérémie Ngendakumana wayoboye CNDD-FDD yashinze ishyaka rye
JĂ©rĂ©mie Ngendakumana wabaye umuyobozi w’ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD yashinze ishyaka rye , aryita PDG-Girubuntu. Ni ishyaka rifite abayoboke bahoze muri CNDD-FDD, barivuyemo bitewe no kutumvikana ku ngingo zimwe na zimwe, cyane kwiyamamaza kwa Pierre Nkurunziza kuri manda yiswe iya gatatu, irangira muri uyu mwaka wa 2020. Ubwo yitandukanyaga na CNDD-FDD, bitewe n’iyi manda, […]
Ifungurwa rya Kitona TC (CEKI), uruganda rwa ba Para-Komando muri RDC
Hari ku munsi nkâuyu tariki ya 9 Mutarama 1965, ubwo Perezida wa mbere Kasa Vubu wayoboye kuva mu 1960 kugeza mu 1965, Minisitiri Tsombe na Gen. Mobutu wari umugaba wâingabo bafunguraga ku mugaragaro ikigo cya Kitona kugira ngo kireme abarwanyi kabuhariwe bo mu kirere no ku butaka (Para-Komando). Iki gihugu cyari kimaze kubona ubwigenge, kivuye […]
RDC: Col. Michel Rukunda ( Makanika) yitandukanyije nâingabo zâigihugu, yiyunga n’inyeshyamba
Amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko Col. Michel Rukunda bakunda kwita Makanika, wari wungirije umuyobozi w’ingabo zifite ibirindiro muri teritwari ya Walikale, yaba yatorotse, akitandukanya n’ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC akiyunga ku nyeshyamba. Mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mutarama, ni bwo amakuru y’ibyâuyu musikare mukuru yatangiye kuvugwa ko yaba yabuze, bigakekwa ko […]
Twabyaye umwana aza gupfa, umugore wanjye ampozaho inkeke ngo ni mama waduhekuye. Nkore iki?
Nitwa Mugabe, mfite imyaka 37 yâamavuko. Maze imyaka 12 nshakanye nâumugore wange gusa ntabwo akunda umubyeyi wange (mama) kubera ko yigeze kujya akora imigenzo yo gusenga ya gakondo (gucuna no kuraguza). Mama yanyibwiriye ko iyo myemerere yayiretse ariko umugore ntabyumva. Iwacu, abantu benshi bemera ko umuntu wizera imyuka gakondo, atega (atamba) umuntu akunda cyane mu […]
Uganda: Abanyarwanda 9 barekuwe n’urukiko rwa gisirikare baragezwa mu Rwanda

Intumwa ihagarariye u Rwanda muri Uganda, Hon. Gen. Maj. Frank Mugambage amaze gushyikirizwa Abanyarwanda icyenda barekuwe nâurukiko rwa gisirikare rwa Makindye nyuma yo gukurirwaho dosiye ibashinja ibyaha birimo gutunga intwaro mu buryo butemewe nâubutasi. Aba banyarwanda barekuwe kuri uyu wa 7 Mutarama 2020, byatangiye bivugwa ko ari barindwi barekuwe, gusa Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Uganda […]
Ubushakashatsi: 99 % by’ amahirwe yo kutandura ku muntu ufata ibinini bya SIDA igihe atayifite
Ibigo byo muri Leta Zunze Ubumwe zâAmerika bishinzwe ubwirinzi bwâindwara, CDC (Centers for Disease Control and Prevention) byakoze ubushakashatsi bigaragara ko umuntu udafite ubwandu bwâagakoko gatera SIDA unywa imiti igabanya ubukana bwayo, agira amahirwe 99% yo kutayandura. Ubu buryo bwo kwirinda ubu bwandu bwitwa Pre-exposure Prophylaxis (PrEP), bukoreshwa nâabantu baba bafite ibyago byinshi byo kwandura […]
Iraq: Ibirindiro byâingabo za Amerika nâUbwongereza byarashweho ibisasu
Minisiteri yâUmutekano wâimbere muri Iraq yatangaje ko ku birindiro byâingabo zâAmerika nâizâUbwongereza bya al-Taji muri Baghdad hamaze kuraswaho ibisasu bya ârocketâ birenga 12 mu ijoro ryo kuri uyu wa 7 Mutarama 2020. Daily Mail ivuga ko ibyangiritse, abakomeretse cyangwa se abaguye muri iki gitero [niba bahari] ntibaratangazwa. Iki gitero kigabwe nyuma y’amasaha make indege 6 […]
RDC: Abarwanyi ba FDLR barwanye n’aba NDC-R, 25 bahasiga ubuzima
Abarwanyi bâumutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda nâaba Nduma Defense of Congo RĂ©novĂ© (NDC-R) barwaniye mu matware ya Bwito muri teritwari ya Rutshuru kuri uyu wa 6 Mutarama 2020, abarenga 25 barimo aba FDLR 20 bahasiga ubuzima. Umuvugizi wa NDR-R, DĂ©sirĂ© Ngabo yaganiriye nâitangazamakuru, avuga ko amakuru yâagateganyo agaragaza ko muri 25 bapfuye, harimo […]
Uganda: Urukiko rwa gisirikare rwarekuye Abanyarwanda barindwi
Urukiko rwa gisirikare rwa Makindye muri Uganda rwarekuye Abanyarwanda barindwi, kuri uyu wa 7 Mutarama 2020, iba imwe mu ntambwe nziza itewe ku mubano wâibihugu umaze imyaka irenga ibiri utameze neza. Ibyâaya makuru byamenyekaniye ku kinyamakuru The New Vision cyavuze ko aba bose bafunzwe mu 2018, bakurikiranweho icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo butemewe nâamatageko, […]
Bimwe mu bigo byâamashuri byari byatangiye kwishyuza amafaranga yâumwaka wose

Mu gihe amasomo yâigihembwe cya mbere mu mashuri abanza nâayisumbuye yatangiye kuri uyu wa 6 Mutarama 2020, hari amashuri yari yatangiye kwishyuza amafaranga yâumwaka wose, bihabanye nâibisanzwe aho ababyeyi bishyura ayâigihembwe kimwe. Aya makuru amenyekaniye ku rubuga rwa Twitter, aho umunyamakuru Oswald Mutuyeyezu, abimenyesha abarimo Ikigo cyâIgihugu gishizwe guteza imbere uburezi mu Rwanda (REB) nâUmunyamabanga […]
Amnesty yongeye gusaba ko Jackie Umuhoza ukekwaho ubugambanyi nâubutasi yafungurwa

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, ishami ryâAfurika yâIburasirazuba, kuri uyu wa 6 Muatama 2020 wongeye gusaba ko Jackie Umuhoza watawe muri yombi akekwaho ubugambanyi nâubutasi afungurwa. Ku rubuga rwa Twitter, Amnesty yanditse iti: “Hashize iminsi 40 Jackie Umuhoza afunzwe. Agomba guhita agufungurwa niba nta cyaha mpuzamahanga kizwi kimuhama.â Ubu butumwa bwari kumwe […]
Goma: Amabandi 44 arimo nâakoresha intwaro zigezweho yafashwe
Mu rwego rwo kurwanya ibyaha bikorerwa mu migi, polisi ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yafashe amabandi 44 mu mugi wa Goma kuri uyu wa 6 Mutarama 2020, iyamurikira Guverineri wâIntara ya Kivu yâAmajyaruguru, Nzanzu Kazivita Carly. Aya makuru dukomora kuri Interview.CD avuga ko muri aya mabandi harimo akoresha intwaro, afite uburambe mu kwiba, acuruza […]
U Rwanda rupfa iki na bamwe mu Bakongomani?
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo ni ibihugu bifitanye amateka maremare. Ingabo z’u Rwanda zafashije Laurent Desire Kabila guhirika ubutegetsi bwa Mobutu Sese Seko tariki ya 17 Gicurasi 1997, agenda ahungira mu tundi duce twâigihugu harimo na Kinshasa, nyuma ajya muri Togo, avamo ajya muri Marroc, ari na ho yapfiriye. Kwibaza iki kibazo […]
Pasiteri yiciye umugore we mu rusengero na we ahita yiyahura
Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Mutarama 2020, Pasiteri Elisha Misiko wari uyoboye itorero rya Ground for Jesus muri Kenya, yiciye umugore we imbere yâabayoboke mu rusengero, amuteye ibyuma, arangije na we ariyahura. Bikekwa ko amakimbirane Pasiteri Misiko nâumugore we bari bafitanye ari yo yateye izi mfu. Ibinyamakuru byo muri Kenya birimo The Citizen TV […]
Nabwiye abakobwa babiri ko mbakunda bombi, none baransaba ko dushyingirwa, nkore iki?
Nitwa Faustin, nkora muri imwe mu mahoteli afite inyenyeri enye hano mu Rwanda. Nkunda kuganira ubusanzwe, rimwe na rimwe abo turi kumwe bakabyita imikino. Iyo mikino igiye kunkoraho pe! Ubwo nari mu kazi, naganiriye n’abakobwa babiri dukorana, mbabwira ko bombi mbakunda ku buryo nabagirira abagore icya rimwe. Natunguwe no kumva buri umwe ampamagara ngo nzamugire […]
Museveni yasobanuye uko Kizza Besigye batakivuga rumwe yamukuye mu kaga
Mu rugendo rwâibilometero 198 Perezida Museveni, Abanya-Uganda, abahoze mu ngabo bakora bibuka urugamba rwâIgihuru rwamugejeje ku butegetsi mu 1986, yavuze ko yatabawe na Dr. Kizza Besigye batakivuga rumwe kandi yarahoze ari umuganga we bwite. Ni urugendo rwahawe izina âAfrica Kwetu Trekâ rugamije guha icyubahiro abari abarwanyi NRA bahiritse ubutegetsi bwa Milton Obote, mu rugamba barwanye […]
Ubutumwa bwa Museveni kuri Kagame, polisi ku kurasa mu cyico, gucikamo ibice kwa RDC mu nkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 29 Ukuboza 2019 kirangira tariki ya 5 Mutarama 2020. Ni icyumweru cyagarutse by’umwihariko ku bubanyi n’amahanga ndetse n’umutekano; muri rusange bikaza bikubiye muri politiki. Agashya, imikino n’imyidagaduro na byo biri mu byo tubagezaho buri uko icyumweru gitambutse. Ubutumwa bwa Museveni bwagejejwe mu Rwanda na Amb. Adonia Ayebare Hari tariki ya […]
Umwana wâimyaka 10 yâamavuko yisiramuje icyuma nyuma yo kubura amashilingi 1000
Umwana wâimyaka 10 uvuka muri Kenya yafashe umwanzuro wo kwikebesha (kwisiramuza) icyuma gihata nyuma yo kubaza ababyeyi amashilingi 1000, angana n’ibihumbi birenga 9000 by’amafaranga y’u Rwanda yo gukoresha uyu mugenzo, barayabura. Amakuru dukesha The Citizen TV, avuga ko uyu mwana yisiramuye mu kwezi gushize kubera ko yari afite ikibazo cyâuko yaserezwa nâabandi bana bangana bari […]
Afurika yâEpfo yashyizeho itegeko ribuza impunzi gukina politiki, utabyubahirije akirukanwa
Tariki ya 1 Mutarama 2020, Afurika yâEpfo yashyizeho itegeko rishya ribuza impunzi gukina politiki, itazabyubahiriza ikirukanwa muri iki gihugu. Amakuru dukesha RFI avuga ko nta mpamvu iki gihugu cyagaragaje yatumye gifata uyu mwanzuro. Ngo yakajije ingamba zâukuntu impunzi zigomba kujya zinjira muri iki gihugu, ndetse nâimibereho yazo. Hari amakuru avuga ko hari inama zikunze gukorerwa […]
Ubutumwa bwa Vital Kamerhe mu bukwe bwavuzwe ko ari ubwâumuhungu wa Gen. Kabarebe bwakuruye umwuka mubi

Hari amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, avuga ko umuhungu wa Gen. James Kabarebe, Sanday Kabarebe yakoze ubukwe kuri uyu wa 4 Mutarama 2020 i Kigali. Vital Kamerhe uyoboye ishyaka rya Union for Congolese Nation (UNC) wiyamamarije n’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2011 ngo yarabwitabiriye, atanga inka 30. Amakuru […]
Perezida mushya wa Guinea Bissau yizera ko imikorere nkâiya Kagame izamugeza ku nsinzi
Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Cissoko Embalo yabwiye abaturage ko azakora nka Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame kugira ngo ageze igihugu ku iterambere ndetse abashe no gukemura ibibazobya politiki biri mu gihugu. Gutekereza nka Perezida Kagame no gukora nka we ni isezerano yahaye Abanya-Guinea Bissau, iki gihugu kigatera imbere nkâuko u Rwanda rumaze […]
Urubuga zâAmerika rwinjiriwe nâabavugwaho kuba Abanya-Iran bagamije kwihorera
Urubuga rumwe mu zâibigo bya Leta Zunze Ubumwe zâAmerika rwinjiriwe nâabantu, bashyiraho ubutumwa buvuga ko hazabaho guhora ku rupfu rwa Gen. Qassem Soleimani, wari Komanda wâingabo zihariye za Quds muri Iran. Abakekwaho kwinjirira uru rubuga nâAbanya-Iran, barahiye, bakavuga ko badashobora gutuza bateretse Amerika ko yibeshye, ikabicira umusirikare ukomeye nk’uko The Guardian dukesha aya makuru ibivuga. […]
Museveni mu rugendo rwo kwibuka urugamba rwamugejeje ku butegetsi-Amafoto

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, Abagande, abarwanye Urugamba rwo mu Gihuru cyangwa se urwa Luwero, batangiye urugendo rwâibilometero 195 rumara icyumweru bibuka inzira banyuzemo nâubukarihe bwâubuzima abarwanyi ba NRA banyuzemo barwana urugamba rwo gufata igihugu kimwe nâubutwari bwabaranze muri uru rugamba. Hari mu 1986 ubwo Yoweri Kaguta Museveni yafataga ubutegetsi ahiritse Milton Obote, abifashijwemo nâingabo […]
DRC: Ne Mwanda Nsemi wigize perezida, yahaye Kabila amasaha 72 yo kuva mu gihugu
Zacharie Badiengila, umunyapolitiki uzwi ku izina rya Ne Mwanda Nsemi muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo wamaze kwitangaza nk’Umukuru w’Igihugu yasabye Joseph Kabila wari guhunga mu masaha 72 ari imbere. Aya makuru dukesha News.CD na Politico.CD avuga ko Ne Mwanda yasabye Kabila guhitamo igihugu cyâubuhungiro, maze azagaruke mu myaka itatu nkâumushoramari aho kuba Umukuru wâIgihugu. […]
Turkiya: Umukinnyi yasinyiye ikipe imwirukana umunsi utararangira

Umukinnyi wâumupira wâamaguru wo muri Gambia, Alpha Jallow yasinyiye ikipe ya Menemen Sport yo muri Turukiya nyuma iyi kipe isesa amasezerano umunsi utararangira imaze kumenya ko yamwitiranyije. Amakuru dukesha ikinyamakuru cyitwa Africa Feeds avuga ko Alpha Jallow wari ugiye gukinira ikipe ikomeye mu buzima bwe kandi yo ku mugabane wâUburayi yasinye amasezerano tariki ya 8 […]