Abanyamakuru 5 mu bafashe amashusho ya Perezida Kiir yihagarikaho bamaze kurekurwa
Leta ya Sudani y’Epfo imaze kurekura mu bihe bitandukanye abanyamakuru batanu mu bari bafunzwe bazira gufata amashusho Perezida Salva Kiir, ubwo yatungurwaga, akihagarikaho mu ruhame. Tariki ya 13 Ukuboza 2022 mu muhango wo gufungura ku mugaragaro igice cy’umuhanda uhuza umurwa mukuru, Juba, n’umujyi wa Terekeka ni bwo Perezida Kiir yihagaritseho bitewe n’uburwayi bwa Diyabete amaranye […]
Des demandeurs d’asile obtiennent l’autorisation de contester la politique du Royaume-Uni au Rwanda
Un juge de la cour d’appel a statuĂ© qu’un groupe de demandeurs d’asile peut intenter une action en justice contre le ministère de l’IntĂ©rieur pour ce qu’ils prĂ©tendent avoir Ă©tĂ© un manquement Ă l’examen des dangers et des risques de les expulser vers le Rwanda . Lord Justice Underhill, vice-prĂ©sident de la division civile de […]
RDC: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Depite Mwangachuchu
Depite Edouard Mwangachuchu ukurikiranweho kwigomeka ku butegetsi no gutunga ibikoresho bya gisirikare binyuranyije n’amategeko, ubusabe bwe bwo gufungirwa mu rugo kugirango abone uko yivuza bikwiye, bwatewe utwatsi n’urukiko Rukuru rwa Gisirikare ubwo yarwitabaga kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Werurwe . Ubwunganizi bwashakaga kubona iki cyemezo cyo kurekura umukiriya wabwo by’agateganyo, ariko umucamanza wa gisirikare […]
Ubuzima bwa Robert Oppenheimer wazanye ‘urupfu mu Isi’

Buri gihe uko habayeho intambara mu Isi ihanganisha kimwe mu bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, hahita hibazwa ku mugabo wazikoze ku nshuro ya mbere, akaziha ubushobozi bwo gutsemba buri gihumeka kiboneka mu Isi. Julius Robert Oppenheimer wakoze ibisasu kirimbuzi bya mbere byaroshwe ku migi y’Abayapani mu ntambara ya kabiri y’Isi, yavukiye New York muri Leta zunze […]
Ngororero: Gitifu w’umurenge avuga ko amaze gutanga hafi Frw miliyoni 9 ku mugore wamuhagarikishije mu kazi
Kabange Jean d’Amour umaze amezi atatu ahagaritswe by’agateganyo ku mwanya w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kageyo mu karere ka Ngororero avuga ko amaze gutanga amafaranga y’u Rwanda hafi miliyoni 9 ku mugore babyaranye abana babiri. Uyu mugore witwa Mukamana Angelique utuye mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu avuga ko Gitifu Kabange yategetswe kujya amuha […]
Abanyeshuri mu ishuri rikuru rya gisirikare muri Kenya bari mu rugendoshuri mu Rwanda

Itsinda ry’abanyeshuri, abarimu n’abakozi bo mu ishuri rikuru rya gisirikare ryo muri Kenya rizwi nka Kenya Defence Forces Joint Command and Staff College ryakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura ku cyicaro gikuru cya RDF, Kimihurura . Umuyobozi w’iryo tsinda, Brig Gen Joakim Ngure Mwamburi, yavuze ko uru ruzinduko rugamije kongera imyumvire […]
Mu Bwongereza: Abimukira badashaka koherezwa mu Rwanda bahawe andi mahirwe
Abimukira baba mu Bwongereza badashaka koherezwa mu Rwanda hashingiwe kuri masezerano ibihugu byombi byagiranye muri Mata 2022, bahawe amahirwe yo kujurira, basaba ko ateshwa agaciro. Tariki ya 16 Mutarama 2023, aba bimukira barimo abakomoka muri Iran, Iraq na Syria batangaje ko batanyuzwe n’icyemezo cy’urukiko cyo mu Kuboza 2022 kivuga ko aya masezerano yemewe n’amategeko, bateguza […]
Manchester City yandagaje Leipzig mu mukino Haaland yandikiyemo amateka

Manchester City yandagaje Leipzig iyitsinda ibitego 7-0, ihita inakatisha itike ya ÂĽ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League 2022/2023. Manchester City yari yakiriye RasenBallSports Leipzig kuri Etihad Stadium mu mukino wo kwishyura wa ? mu UEFA Champions League, nyuma y’uko banganyirije mu Budage mu mukino ubanza igitego 1-1. Ku munota wa 18, Manchester City […]
Ibyo kurya udakwiye gutegura ku ifunguro ry’umugoroba
Buri gihe ni byiza kurya ifunguro ry’umugoroba, kandi ukirinda ibintu by’amavuta, ibikungahaye ku ntungamubiri zitera imbaraga mu gihe uri kurya kugira ngo ugire ijoro ryiza. Imibiri wacu yitwara mu buryo butandukanye mu gutunganya ibiryo twariye mu ijoro kandi ibi bishobora kutugiraho ingaruka zo kubura ibitotsi. Byongeye kandi, ibiryo bifata igihe cyo kunozwa (igifu kibisya) mu […]
Musanze: Gitifu yasenyeye uwubatse aho Meya ahamya ko kuhatura byemewe

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Shingiro mu karere ka Musanze, Hanyurwabake ThĂ©oneste aherutse gusenya inzu umuturage witwa Nyirurugo Jean de Dieu yubakaga mu mudugudu wa Burengo, akagari ka Gakingo, mu gihe Meya yemeza ko kubaka aha hantu byemewe kuko ibyangombwa bigaragaza ko ari aho gutura. Niyirurugo yatangarije BWIZA ko mu masaa kumi y’umugoroba wa tariki ya […]
Ibyamamare byitabira Inteko ya FIFA mu Rwanda
Kuri uyu wa 13 Werurwe kugeza ku wa 17 mu Rwanda haraba habera Inteko y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), aho ihuriza hamwe abasaga ibihumbi 2 baturutse mu mashyirahamwe, impuzamashyirahamwe, n’abafatanyabikorwa mu mupira w’amaguru bo mu bihugu bigera kuri 211. Kimwe mu bikorwa bitegereje kubera muri iyi nteko ya FIFA ni amatora ya Perezida wa […]
Menya ingaruka ziterwa no kureba filime ziteye ubwoba
Iyo ureba filime ziteye ubwoba, ubwonko bwawe buba buzi ko ibyo ureba muri filime atari ukuri, gusa ariko umubiri wawe wo ubyakira nk’aho ari byo. Sally Winston, impuguke mu by’imitekerereze ya muntu akaba n’umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ihungabana cya Maryland, asobanura agira ati: “[Iyo ureba filime ziteye ubwoba], umutima wawe uratera kandi imisemburo ya adrenaline […]
Somalia: Igitero cy’ubwiyahuzi cyahitanye 5 abandi barimo guverineri barakomereka
Kuri uyu wa Kabiri, byibuze abantu 5 bapfuye abandi 11 barakomereka, barimo na guverineri, mu gitero cy’ubwiyahuzi mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Somalia . Nta ruhande rwahise rwigamba iki gitero, ariko amaso ari ku mutwe wa Al Shabaab, ukorana n’umutwe wa al-Qaeda, uhora ugaba ibitero by’ubwiyahuzi muri iki gihugu gikennye cyo mu ihembe rya Afurika. Umuyobozi […]
Rusizi: Ingo mbonezamikurire zatanze umutekano ku bana bazigana

Ababyeyi barerera mu rugo mbonzamikurire rwa Rango mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi, bishimira kuba abana babo bafite umutekano bakesha abarezi babitaho n’aho barererwa hatekanye. Banishimira indyo yuzuye bahabwa, batabonaga mbere. Ntabagitaka ihohoterwa kuko bose barererwa muri uru rugo batekanye mu gihe ababyeyi babo bahabasize bakajya mu kazi kabo ka buri munsi. Vuguziga […]
Abarenga 100 bahitanwe n’inkubi y’umuyaga muri Mozambique na Malawi
Ibihugu bya Malawi na Mozambique byongeye kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga kuri uyu wa 13 Werurwe, abarenga 100 bahasiga ubuzima abandi barakomereka. Inkubi y’umuyaga yiswe Freddy yatangiye ku wa Gatandatu tariki ya 11 Werurwe, ihera muri Mozambique isenya amazu, inateza umwuzure ukomeye ku cyambu cya Quelimane. Nyuma gato uyu muyaga wahise ukomereza mu gihugu cya Malawi, aho […]
Byiringiro Lague yavuze ibyamunyuze muri Suède

Rutahizamu mushya w’ikipe ya Sandvikens IF n’ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Byiringiro Lague yakoze imyitozo ya mbere mu ikipe nshya maze avuga ku uko yabonye ubuzima bushya muri Suède. Mu kiganiro gito yagiranye n’iyi kipe nyuma y’imyitozo ye ya mbere yaranzwe n’urubura yabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Werurwe 2023 nyuma yo kugera […]
Rusizi: Bafatiwe mu cyuho biba ibitoki mu gicuku

Abasore 3 bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu karere ka Rusizi, undi aracyashakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gufatanwa ibitoki 5 bari bibye mu ngo 2 z’abaturage mu murenge wa Gihundwe muri aka karere mu masaha y’igicuku, bakaba bafashwe nyuma y’aho abaturage b’imirenge inyuranye y’aka karere bamaze iminsi binubira kwibwa imyaka n’amatungo. Hakuzumukiza Emmanuel […]
Visi Perezida wa Amerika agiye gusura ibihugu byo muri Afurika birimo ik’igituranyi
Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, agiye gusura ibihugu bitatu bya Afurika, nk’uko byatangajwe ku wa Mbere, mu gihe Washington ishaka gushimangira umubano w’ububanyi n’amahanga kuri uyu mugabane . Urugendo muri Ghana, Tanzania na Zambia kuva ku itariki ya 25 Werurwe kugeza ku ya 2 Mata ruje nyuma y’inama yo mu […]
Minisitiri Lutundula aremeza ko ingabo za Angola zitegerejwe muri RDC zitazarwana
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Christophe Lutundula, aremeza ko ingabo za Angola zitegerejwe mu burasirazuba bw’igihugu cyabo zitazarwana. Ibiro bya Perezida wa Angola usanzwe ari umuhuza w’amahoro wemejwe n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) biherutse kwemeza ko iki gihugu kigiye kohereza ingabo mu burasirazuba bwa RDC. Ibi biro byasobanuye ko […]
Nyagatare: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza guha ruswa umupolisi
Ku Cyumweru tariki ya 12 Werurwe, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ryafatiye mu Karere ka Nyagatare umusore w’imyaka 25 y’amavuko, agerageza guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 11 ya ruswa ngo asubizwe moto ye yari yafashwe . Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana yavuze […]
Jeshi la Angola haliji kushambulia wala kupigana – Lutundula
Ni kwa maneno ya wazi na ya uhakika kwamba Naibu Waziri Mkuu na Waziri wa Mambo ya Nje wa DRC alitaka kufafanua mambo kuhusu kutumwa kwa jeshi la Angola katika ardhi ya Kongo . Christophe Lutundula ambaye alishiriki mkutano na mwenzake kutoka mawasiliano na vyombo vya habari, alisema kuwa mambo ya jeshi la Angola hayana […]
The Angolan army does not come to attack or fight – Lutundula
It is in clear and precise terms that the Deputy Prime Minister and Minister of Foreign Affairs of DRC wanted to clarify things regarding the deployment of the Angolan army on Congolese soil. Without going by the back of the spoon, Christophe Lutundula who co-hosted a briefing with his colleague from communication and media, said […]
Buri mukomando wa FDLR wifatanya na FARDC ku rugamba yemerewe amadolari 300: Raporo
Raporo y’urwego rw’u Rwanda rushinzwe iperereza, NISS, igaragaza ko ubutegetsi bwo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bwemereye buri mukomando w’umutwe witwaje intwaro wa FDLR amadolari 300 mu gihe yakwifatanya n’ingabo z’iki gihugu kurwanya M23. Ikinyamakuru Africa Intelligence (AI) kuri uyu wa 13 Werurwe 2023 cyatangaje ko cyabonye raporo ebyiri z’iperereza NISS igaragaza ubufatanye buri […]
M23 yavuye mu bice bimwe yari yigaruriye muri Masisi mu buryo bw’amayobera

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 13 Werurwe ahantu hari hamaze iminsi imirwano muri Masisi haramutse umutuzo, cyane cyane hafi ya Sake muri Kivu y’Amajyaruguru aho amakuru aturuka mri ibyo bice avuga ko mu museke, inyeshyamba za M23 zatangiye kuva mu bice bimwe na bimwe zari zimaze kwigarurira mu buryo bw’amayobera . Muri Sheferi ya […]
Kagame voit “la voie Ă suivre” pour l’affaire Rusesabagina
Le Rwanda s’efforce de mettre fin Ă une confrontation avec les États-Unis et des groupes de dĂ©fense des droits Ă propos de l’emprisonnement de Paul Rusesabagina dont la vie a inspirĂ© un film hollywoodien, a dĂ©clarĂ© lundi le prĂ©sident Paul Kagame . Paul Rusesabagina a Ă©tĂ© condamnĂ© Ă 25 ans de prison en 2021 pour […]
La première usine de vaccins modulaire de BioNTech arrive au Rwanda
Les conteneurs des premiers BioNTainer, installations Ă©quipĂ©es pour fabriquer une gamme de vaccins Ă base d’ARNm, devraient arriver au Rwanda ce lundi 13 mars, a appris The New Times . Le dĂ©veloppement, qui vise entre autres Ă intensifier la production de vaccins sur le continent, a Ă©tĂ© confirmĂ© par une source haut placĂ©e au ministère […]
Ukraine yaje mu bihugu 3 bya mbere ku Isi byatumije intwaro nyinshi mu mahanga
Ibihugu byo mu Burayi byongereye cyane ingano y’intwaro bitumiza mu mahanga n’intwaro zikomeye mu rwego rwo guhangana n’umwuka mubi ukomeje kuzamuka kubera u Burusiya, aho Ukraine yaje ku mwanya wa gatatu, inyuma ya Qatar n’u Buhinde, mu bihugu bitumiza intwaro nyinshi ku Isi nyuma y’igitero cya Moscou umwaka ushize . Ikigo cy’ubushakashatsi bw’amahoro mpuzamahanga cya […]
Nairobi: Ihenda ry’ibiribwa rishobora gutuma abigaragambya batera ibiro bya Perezida
Ihuriro ry’imitwe ya politiki rya Azimio la Umoja riyobowe na Raila Odinga riherutse gutangaza ko tariki ya 20 Werurwe 2023 i Nairobi hazabera imyigaragambyo ikomeye, ifite intego nyamukuru zirimo kwamagana ihenda ry’ibicuruzwa by’umwihariko ibiribwa, ndetse no gusaba ubuyobozi ryemeza ko bwagiyeho mu buryo butemewe n’amategeko gukora ibishoboka bikamanuka. Tariki ya 9 Werurwe 2023, ubwo Odinga […]
DRC: Watu 19 wameuawa na kituo cha afya kuvamiwa wakati wa shambulizi la ADF
Waasi wa ADF kwa mara nyingine tena wameshambulia kijiji kimoja mashariki mwa DRC. Hiki ni kijiji cha Kirindera kilichoko kilomita 9 kutoka Kyondo, katika kundi la Masiki-Kalonge, katika eneo la kichifu la Bashu (eneo la Beni), katika mkoa unaofungua njia ya kuelekea graben, ngome ya waasi. Meya wa wilaya ya vijijini ya Kyondo ambaye anarejea […]
Hamenyekanye uwakoze ku mucamanza Twambajimana wo mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge
Nyuma y’uko kuwa Gatanu, itariki ya 10 Werurwe, Umucamanza Eric Twambajimana, w’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, atawe muri yombi azira gutanga impapuro za RIB zihamagaza uregwa z’impimbano ku muntu washakaga kuzifashisha mu gusaba ubuhungro mu Burayi, ubu uwo muntu yamenyekanye . Uyu muntu yasabaga ubuhungiro mu Burayi avuga ko ashakishwa n’urwego rw’ubugenzacyaha kubera impamvu za politiki. […]
Nyiri Wagner yatangaje ko ingabo za Ukraine zabujije abarwanyi be amahwemo muri Bakhmut
Nyir’umutwe w’abacancuro wa Wagner Group, Yevgeny Prigozhin, yatangaje ko ingabo za Ukraine zitari korohera na gato abarwanyi be mu karere ka Bakhmut muri Leta ya Donetsk. Al Jazeera yatangaje ko muri Bakhmut hamaze iminsi habera imirwano ikomeye cyane, aho ubu ingabo za Ukraine zigenzura igice cyo mu burengerazuba, abarwanyi ba Wagner bakaba bagenzura uburasirazuba. Ibiro […]
Umukoresha yihagaritse ku kazi ibyumweru bibiri nyuma yo kuregwa gukubita abakozi

Umugabo ufite sitasiyo ya lisansi mu majyaruguru ya Namibia, ushinjwa gukubita abakozi be, yihagaritse ku kazi mu gihe cy’iminsi 14 hamwe n’abakozi bavugwa muri iki kibazo kugira ngo hakorwe iperereza . Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Namibia bibitangaza, ngo muri iki cyumweru gishize, Micke du Preez yatangaje ko yihagaritse ku kazi binyuze ku mwunganizi we nyuma […]
Intumwa za UN zasuye RDC zibona gukomeza kurega u Rwanda bitagikenewe
Intumwa z’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano zimaze iminsi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zabwiye ubuyobozi bw’iki gihugu ko gukomeza gushinja u Rwanda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 no kohereza ingabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bitagikenewe. Ambasaderi Nicolas de Rivière wayoboye izi ntumwa muri uru ruzinduko rw’iminsi ine rwatangiye tariki ya 9 Werurwe […]
Real Madrid yatangaje ko izakurikiranira hafi urubanza rwa FC Barcelona
Inama y’ubutegetsi ya Real Madrid yo muri Espagne yafashe icyemezo cy’uko iyi kipe izakurikiranira hafi urubanza rw’ibirego mukeba wayo, FC Barcelona, babiri babaye ba Perezida bayo (Josep MarĂa Bartomeu na Sandro Rosell), Albert Soler na Ă“scar Grau babayemo abayobozi, bakurikiranweho n’ubushinjacyaha bwo mu mujyi wa Barcelona, intara ya Cataluña. Ku wa 10 Werurwe 2023, ibiro […]
Kigali: Umumotari ntiyumvikana na Polisi kuri moto yagurishijwe muri cyamunara

Umumotari witwa Twahirwa Jean Claude utuye mu karere ka Nyarugenge ntiyumvikana na Polisi y’u Rwanda kuri moto avuga ko yagurishijwe muri cyamunara mu mwaka w’2018, nyuma yo kumara umwaka urenga yibiwe i Gikondo mu karere ka Kicukiro. Twahirwa yatangarije BWIZA ko tariki ya 28 Mata 2017 yibwe moto ye ya TVS VICTOR GLX125 yari ifite […]
Intumwa za UN zasabye ubuyobozi bwa RDC kutifata nk’ubutishoboye
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kibukije ubuyobozi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo ko budakwiye kwirengagiza inshingano bufite yo gushaka umuti w’ikibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bw’iki gihugu. Umuyobozi w’intumwa z’aka kanama zimaze iminsi mu ruzinduko muri RDC, Ambasaderi Nicolas de Rivière, yabivuze ubwo yasubizaga uwamubajije niba hari icyo UN iteganya ku kibazo cy’abakomeje […]
Umurambo wa Gen. (Rtd) Gatsinzi wakiriwe n’umuryango we n’abo bakoranye i Kigali

Kuri iki Cyumweru, umurambo w Gen. (Rtd) Marcel Gatsinzi wagejejwe mu Rwanda uvanwe mu Bubiligi, aho yapfiriye yaragiye kwivuza . Umurambo we wakiriwe ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali n’umuryango we, ndetse na minisitiri w’ingabo, Maj. Gen. Albert Murasira, abajenerali n’abandi basirikare bakuru mu gisirikare cy’u Rwanda. Imihango yo gushyingura n’igihe izabera biztangazwa nyuma nk’uko […]
Muri uyu mwaka u Rwanda na Uganda bimaze kwakira Abanyekongo nibura 10,000 – HCR
Nibura abantu 10 000 bamaze guhungira mu Rwanda na Uganda bava mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu gihe imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za guverinoma za leta (FARDC) ikomeje kongera ibibazo by’ubutabazi muri karere . Ni imirwano ikomeje nubwo kuwa kabiri hari hatangajwe ihagarikwa ry’imirwano ryari ryagizwemo uruhare na Perezida […]
Le procès de Kabuga interrompu pour cause de démence
Le procès d’un financier prĂ©sumĂ© du gĂ©nocide contre les Tutsis de 1994 a Ă©tĂ© suspendu Ă La Haye . FĂ©licien Kabuga, qui a 90 ans, devait ĂŞtre jugĂ© après avoir Ă©chappĂ© Ă la capture pendant 26 ans, mais ses avocats disent qu’il souffre de dĂ©mence et qu’il n’est pas apte Ă ĂŞtre jugĂ©. Le MĂ©canisme […]
Afurika y’Epfo yapfushije undi muraperi nyuma ya AKA wishwe mu kwezi gushize
Afurika y’Epfo yongeye kujya mu cyunamo cy’urupfu rw’ikindi cyamamare nyuma y’urupfu rw’umurperi AKA mu minsi ishize . Umuraperi n’umwanditsi w’indirimbo Costa Tsobanoglou uzwi cyane ku izina rya Costa Titch yaguye ku rubyiniro ahita apfa mu iserukiramuco ry’umuziki ryaberaga i Johannesburg. Mu mashusho yagiye ahagaragara ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ryakeye ku wa Gatandatu, uyu musore […]
FARDC na UPDF byemeje ko biherutse kwivugana umuyobozi muri ADF
Fezza Mulalo, uzwi ku izina rya Seguja, umwe mu bafite uruhare runini mu mutwe w’iterabwoba wa ADF yishwe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zishyigikiwe n’umufatanyabikorwa wabo, UPDF, muri Teritwari ya Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko byatangajwe na Colonel Mak Hazukay, umuvugizi w’iri huriro rya gisirikare, ngo uyu muyobozi wa ADF yishwe […]
Angola kupeleka wanajeshi katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo
Angola ilitangaza Jumamosi kutumwa kwa wanajeshi kusaidia operesheni za kulinda amani nchini Kongo, kulingana na redio ya Umoja wa Mataifa . Ilinukuu taarifa kwenye ukurasa wa Facebook wa Ofisi ya Urais wa Angola ambayo ilisema lengo kuu ni kupata maeneo ambayo wanachama wa kundi la waasi la M23 wamewekwa na kuwalinda wanachama wa Ad Hoc […]
Hakimu wa Kigali akamatwa kwa kughushi
Ofisi ya Upelelezi ya Rwanda (RIB) imemkamata hakimu wa Mahakama ya kati ya Nyarugenge, Eric Twambajimana kwa kughushi nyaraka . Kwa mujibu wa chombo hicho cha uchunguzi, Twambajimana aliwekwa kizuizini baada ya kutoa karatasi bandia za wito wa RIB kwa mtu ambaye ametoroka nchini hivyo anaweza kuzitumia kutafuta hifadhi katika nchi ya Ulaya akihoji kuwa […]
Kinshasa: Minisitiri w’ingabo yahagaritse gukurikirana umunyamakuru, nyuma yo kubisabwa
Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Kabanda Gilbert, yahagaritse gukurikirana umunyamakuru Stanis Bujakera, nyuma yo kubisabwa n’inzego zishinzwe itangazamakuru. Minisitiri Kabanda tariki ya 9 Werurwe yareze Bujakera mu biro by’Umugenzuzi Mukuru w’igisirikare, amushinja kugoreka amagambo ari muri raporo y’umutekano yagejeje ku nama y’abaminisitiri ku ya 3 Werurwe. Muri iyi raporo, uyu muyobozi yavuze […]
Angola igiye kubimburira ibindi bihugu bya SADC mu kohereza ingabo muri RDC
Kuri uyu wa Gatandatu, Angola yatangaje ko igiye kohereza itsinda rishinzwe gushyigikira ibikorwa byo kubungabunga amahoro ry’Ingabo za Angola (FAA), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) . Nk’uko amakuru yatangajwe ku rukuta rwa Perezidansi ya Repubulika, kuri Facebook, “intego nyamukuru y’iri tsinda ni ukurinda ibice biherereyemo M23 ndetse no kurinda abanyamuryango b’itsinda ry’ubugenzuzi rishinzwe […]
ADF yongeye kwica benshi muri RDC, itwika ivuriro na hoteli
Umutwe w’iterabwoba wa ADF ukomoka muri Uganda, wongeye kwica abasivili muri teritwari ya Beni, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, utwika hoteli n’ivuriro. Ni amakuru yemerejwe kuri Twitter na Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisivili, Carly Nzanzu Kasivita, kuri uyu wa 12 Werurwe 2023. Guverineri Kasivita yagize […]
UPDF na RDF dukwiye gusinyana amasezerano yo gutabarana vuba bishoboka_Gen Muhoozi
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yifuza ko Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) na UPDF cya Uganda basinyana amasezerano yo gutabarana, ku buryo mu gihe umwe yaba atewe undi yahita amutabara byihuse. Gen Muhoozi usanzwe ari umujyanama wa Perezida Museveni yabigarutseho mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri […]
Umunsi Gen. James Kabarebe ahamagara kuri terefoni Gen. Omega uyoboye FDLR
Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, yahishuye ko yigeze guhamagara kuri terefoni Gen Ntawunguka Pacifique ‘Omega’ kuri ubu uyoboye umutwe wa FDLR, yamusaba gutaha mu Rwanda undi akamukurira inzira ku murima. Gen Kabarebe yabigarutseho ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo yaganirizaga urubyiruko rwari rwitabiriye ibiganiro byabereye mu kigo cya Mutobo […]
Umwarimu Muramira wa Nyakabingo yarasiwe kuri sitasiyo ya lisansi
Kuri uyu wa Kane ushize, abapolisi bo mu Karere ka Bushenyi mu burengerazuba bwa Uganda bataye muri yombi abashinzwe umutekano babiri bakorera Ruhama Veterans Uganda Ltd, bazira kurasa no kwica umwarimu wo mu shuri ribanza . Uyu mwarimu ni Onan Muramira w’imyaka 47, utuye mu kagari ka Nyakabingo1, paruwasi ya Rushinya, Umurenge wa Kakanju mu […]
Kinshasa: Minisitiri w’ingabo ari gukurikirana umunyamakuru wavuze kuri raporo ye y’umutekano

Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Gilbert Kabanda, ari gukurikirana umunyamakuru Stanis Bujakera, nyuma yo kutishimira uko yavuze kuri raporo y’uko umutekano uhagaze mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu munyamakuru ukorera Jeune Afrique, Reuters na ActualitĂ© tariki ya 5 Werurwe 2023 yatangaje ko Minisitiri w’ingabo yemeje ko “M23/RDF” biri kwegera imbere ku rubuga, […]
Timu ya Baraza la Usalama la Umoja wa Mataifa yawasili DR Congo
Ujumbe wa Baraza la Usalama la Umoja wa Mataifa uliwasili DR Congo siku ya Alhamisi kwa ziara ya siku tatu, shirika hilo la dunia lilisema, huku mapigano makali na waasi wa M23 yakiendelea katika eneo la mashariki . Kundi la M23 limeteka maeneo mengi katika jimbo la Kivu Kaskazini nchini Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo […]
Afurika y’Epfo yateye intambwe yo kugabanya umubano wa yo na Israel
Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo yatoye icyifuzo cyo guhindura ambasade yayo muri Israel mo ibiro by’umuhuza, mu rwego rwo kugaragaza kutishimira ihohoterwa ridashira rikorerwa Abanyapalestine nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byaho . “Turizera ko iyi izaba intambwe ya mbere yo gushyira igitutu kuri Israel ngo yubahirize uburenganzira bwa muntu, yemere uburenganzira bw’abaturage ba Palesitine, uburenganzira bwabo […]
Ibyiza byo gufata ifunguro rya mu gitondo ku buzima bw’umuntu
Ifunguro ufata mu gitondo ukibyuka ni ryo ry’ibanze kandi rifite akamaro cyane kuko rigira uruhare mu myitwarire ugira umunsi wose. Nk’uko Floridamilk.com ibivuga “Mu gitondo ugomba kurya nk’umwami”, ntabwo ibivugira ubusa kuko hari ubushakashatsi bubyerekana. Ubushakashatsi bwerekana ko ifunguro rya mu gitondo rifasha umubiri cyane mu buryo butandukanye.   Akamaro n’ibyiza byo gufata ifunguro rya […]
Kenya: Hari impungenge ko imyigaragambyo yatangijwe na Odinga ishobora kuvamo urugomo
Kuri uyu wa Kane, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Raila Odinga, yatangaje ko mu gihugu hose hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana perezida William Ruto. Nubwo Oding avuga ko ari imyigaragambyo yo mu mahoro hari impungenge ko ishobora kuvamo urugomo nk’urwo mu bihe byashize . Iki cyemezo kibaye nyuma y’uko Odinga yari yahaye guverinoma iminsi 14 […]
The FDLR, products of the genocidal ideology and executioners of the Congo – Opinion
After months of pacing television sets accusing Rwanda of being responsible for the violence in eastern DRC with all the lies and extrapolations imaginable, the Congolese government spokesperson has made a major mistake . A consequence of his risky mastery of English or media overwork? The fact remains that, cornered by his interlocutor, the minister […]
Colonel Bora yasubije abavuga ko yatanze ubuhamya kuri FDLR ahagarikiwe n’ufite ishoka
Colonel (Rtd) Nshimiyimana Augustin wamenyekanye nka Bora Manasseh ubwo yari ashinzwe ubutasi muri FDLR, yasubije abavuze ko yatanze ubuhamya kuri uyu mutwe witwaje intwaro ahagarikiwe n’umuntu wari ufite intorezo (ishoka). Mu nama yo gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye yabereye mu kigo cyo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero cya Mutobo mu […]
Le Rwanda participera au sommet Royaume-Uni-Afrique
Le Premier ministre britannique Rishi Sunak devrait organiser un sommet sur l’investissement entre le Royaume-Uni et l’Afrique Ă Londres, qui comprendra des reprĂ©sentants du Rwanda et de 24 autres pays africains, a annoncĂ© le gouvernement britannique . Le sommet vise Ă promouvoir le commerce et l’investissement dans les deux sens, Ă favoriser l’emploi et la […]
Masisi: Inzego z’akarere zatangiye iperereza ku wanze guhagarika imirwano

Inzego z’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba n’akarere k’ibiyaga bigari zatangiye gukora iperereza kugira ngo zimenye uwanze guhagarika imirwano muri teritwari ya Masisi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, hagati y’ingabo z’iki gihugu n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Izi nzego ziri gukora iperereza ni: urw’akarere k’ibiyaga bigari rushinzwe umutekano wo ku mipaka (EJVM), ingabo zo mu mutwe […]
UEL: Manchester United yateye intambwe igana muri ÂĽ, mu gihe Arsenal itahiriwe n’urugendo

Manchester United yatsinze Real Betis ibitego 4-1 biyibera impamba ihagije yo kujyana muri Espagne, mu gihe Arsenal yo yananiwe kwikura muri Portugal ikahanganyiriza ibitego 2-2. Manchester United yari yakiriye Real Betis ku kibuga Old Trafford mu mukino ubanza wa ? mu mikino ya Europa League wasifuwe na Daniel Siebert mu ijoro ryo kuri uyu wa […]
Gutera u Rwanda ni ukwiyahura_Col Nshimiyimana wahoze ari intasi ya FDLR
Colonel Nshimiyimana Augustin Alias ‘Bora Manasseh’ wahoze akuriye ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR, yakuriye inzira ku murima abarwanyi b’uyu mutwe bafite gahunda yo gutera u Rwanda, avuga ko kubigerageza ari ukwiyahura bijyanye n’ingabo yasanze rufite. Muri Kamena 2021 ni bwo Colonel Nshimiyimana yafatiwe mu rusengero rw’ahitwa Rubaya ho muri Teritwari ya Masisi iri […]