Ingano y’amazi ukwiye kunywa ku munsi bitewe n’ibiro ufite

Umubiri ugizwe na 60% y’amazi, uhora utakaza amazi mu mubiri wawe, nk’igihe gusohora inkari ndetse n’icyuya. Kugira ngo ugaruze ibyo watakaje, ukwiye kunywa amazi ahagije. Nk’uko byatangajwe na Healthline.com ibitangaza. Hariho ibitekerezo byinshi bitandukanye ku bijyanye n’amazi ukwiye kunywa buri munsi. Umuntu utanywa amazi menshi usanga ahorana umunaniro ukabije, kuribwa bya hato na hato, umutwe […]

General Kabarebe yagereranyije FDLR na kanseri

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu by’umutekano, General James Kabarebe, yagereranyije umutwe witwaje intwaro wa FDLR n’indwara ya kanseri igomba kuvurwa igifata umubiri. Gen. Kabarebe yabivugiye mu nama yiga ku gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda no kubaka amahoro arambye mu karere k’ibiyaga bigari yabereye mu kigo gishinzwe gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero […]

Kabuga’s health condition sparks controversy again

Emmanuel Altit, the lawyer of Kabuga Felicien, accused of genocide against the Tutsi in 1994, asked for his release because of his poor state of health . He made the request during a hearing on March 8, 2023 after an expert report on Kabuga’s health pointed out that his condition was critical and he was […]

M23 yagaragaje umuvuno wa FARDC uri gutuma urugamba rugorana

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wagaragarije Abanyekongo n’amahanga umuvuno w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo uri gutuma urugamba rubera muri Masisi rugorana. Mu itangazo ryashyizwe n’Umuvugizi wayo, Lawrence Kanyuka kuri uyu wa 9 Werurwe 2023, M23 yavuze ko ihuriro rya FARDC, imitwe yitwaje intwaro n’abacancuro riri kwifashisha ibirindiro bya misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) […]

Urubanza rw’ubujurire rwa Prince Kid rwimuriwe ku yindi tariki

Urukiko rukuru rufite icyicaro i Kigali rwimuriye ku itariki ya 31 Werurwe, iburanisha ry’ubujurire bwerekeye uwahoze ategura amarushanwa y’ubwiza ya Miss Rwanda, DieudonnĂ© Ishimwe, uzwi cyane ku izina rya Prince Kid . Prince Kid, washinze Rwanda Inspiration Back-up, ikigo cyateguye amarushanwa y’ubwiza, ahanganye n’ibirego byo gufata ku ngufu no gusaba imibonano mpuzabitsina nyuma y’uko ubushinjacyaha […]

Un homme engage un médecin pour tuer sa femme

Le tribunal de premiĂšre instance de Luweero a commencĂ© l’audition d’une affaire dans laquelle un homme aurait conspirĂ© avec sa maĂźtresse pour soudoyer un mĂ©decin afin que la mĂšre de ses quatre enfants soit tuĂ©e par une procĂ©dure mĂ©dicale . Le Dr Onesmus Bainomugisha est un tĂ©moin clĂ© Ă  charge dans l’affaire de complot en […]

La Cour des Nations Unies statuera sur l’aptitude de Kabuga Ă  ĂȘtre jugĂ©

Un tribunal de l’ONU dĂ©cidera ce jeudi s’il convient de poursuivre le procĂšs du prĂ©sumĂ© cerveau du gĂ©nocide, Felicien Kabuga, ou de l’interrompre Ă  la suite d’un rapport mĂ©dical indiquant que l’homme de 90 ans Ă©tait “trop ????malade pour ĂȘtre jugĂ©”. L’accusation a contestĂ© le rapport mĂ©dical qui indiquait que l’homme qui est connu pour […]

Rais wa Sudan Kusini amfuta kazi waziri wa mambo ya nje

Rais wa Sudan Kusini, Salva Kiir Mayardit, alimfuta kazi Waziri wake wa Mambo ya Nje na Ushirikiano wa Kimataifa, Mayiik Ayii Deng, ghafla katika msukosuko usiotarajiwa . Deng alifarijika katika agizo la rais mwishoni mwa Jumatano ambalo lilipeperushwa na Shirika la Utangazaji la Televisheni la Sudan Kusini (SSBC) linalomilikiwa na serikali. Hakuna sababu iliyotolewa ya […]

Nyuma yo kwirukana minisitiri w’ingabo Perezida Salva Kiir yirukanye na minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye mu buryo butunguranye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mpuzamahanga, Mayiik Ayii Deng, mu ivugurura ritari ryitezwe . Deng yakuwe ku nshingano ze mu iteka rya perezida ryo ku gicamunsi cyo kuri uyu Gatatu ushize ryanyuze kuri televiziyo ya Leta ya Sudani y’Epfo (South Sudan Broadcasting Corporation (SSBC). Nta […]

Perezida wa M23 ni Umushi w’i Bukavu, Umunyamabanga wayo ni Umuhutu: Umujyanama wa Gen. Makenga

Umujyanama wa General Sultani Makenga uyobora abarwanyi ba M23, Bahati Erasto, yavuguruje abavuga ko uyu mutwe witwaje intwaro ari Abanyarwanda, atanga urugero ko Perezida wawo, Bertrand Bisimwa ari Umushi w’i Bukavu, Benjamin Mbonimpa usanzwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo akaba Umuhutu w’i Rutshuru. Bahati ubwo yasuraga abatuye mu gace ka Kibarizo muri teritwari ya Masisi kuri […]

Impamvu u Rwanda rwaba ‘ruha ubufasha M23’ mu mboni y’ubutasi bwa Amerika

Ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwagaragaje kuba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarananiwe kurandura imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, nk’impambu u Rwanda rwaba ruha ubufasha umutwe wa M23. Ni ibigaragara muri raporo Ikigo cya Amerika gishinzwe ubutasi (CIA) cyagejeje ku nteko Ishinga Amategeko ya kiriya gihugu ku wa Gatatu tariki ya […]

Perezida wa Tanzania yishongoye ku gihugu cy’abaturanyi

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yishongoye ku gihugu cy’abaturanyi kiri mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) kubera uko ububiko bwacyo bw’amafaranga y’amahanga (forex reserve) buhagaze. Kuri uyu wa 8 Werurwe 2023 ubwo yifatanyaga n’abaturage kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abagore, Perezida Samia yavuze ko bitandukanye n’ibyo bamwe bavuga, ubukungu bwa Tanzania buhagaze neza ugereranyije n’uko bimeze […]

Guverineri Ndima yasabye abaturage ba Kivu y’Amajyaruguru kwirinda kwibasira Ingabo za EAC

Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru, Lt. Gen. Constant Ndima, yahamagariye abaturage kwirinda kwibasira imitwe y’ingabo z’akarere ka EAC. Iki cyifuzo gikubiye mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa Gatatu, itariki ya 8 Werurwe n’umuvugizi we, Lt. Col. Guillaume Ndjike Kaiko . Nk’uko iri tangazo rivuga, aba basirikare, cyane cyane Abanyakenya n’Abarundi, bamaze koherezwa mu karere ka Goma […]

Intumwa z’akanama ka UN gashinzwe umutekano ziramara iminsi muri RDC

Intumwa z’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano ziraba ziri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa 9 kugeza ku wa 12 Werurwe 2023. Misiyo y’amahoro ya UN muri RDC, MONUSCO, yatangaje ko impamvu nyamukuru y’uru ruzinduko ari ukugenzura uko umutekano uhagaze muri iki gihugu no gushyira mu bikorwa manda nshya y’iyi misiyo […]

Bayern Munich yasezereye PSG itayirebeye mu izamu

1678315267709.jpg

FC Bayern Munich yongeye gusezerera Paris Saint-Germain itarenze ? nyuma yo kuyitsinda amajya n’amaza ibitego 3-0 ihita inakatisha itike ya ÂŒ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League. Hari mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe, aho Bayern Munich yari yakiriye Paris Saint-Germain mu mukino wo kwishyura wa ? mu mikino ya […]

APR FC yasezereye Ivoire Olympic yiyushye akuya

APR FC ntiyorohewe n'uyu mukino

APR FC yasezereye Ivoire Olympic nyuma yo kuyitsinda igitego 1-0 bituma inakomeza muri ÂŒ cy’irangiza mu mikino y’Igikombe cy’Amahoro 2023. Igitego kimwe rukumbi cyatsinzwe na Ishimwe Christian kuri ‘coup franc’ yatereye kure cyane maze umuzamu akayifata yarenze umurongo, ni cyo cyakoze icyinyuranyo muri uyu mukino. Mu mukino wabanje iyi kipe ya Ivoire Olympic yari yahagamye […]

Uwahoze ari umucancuro wa Wagner yasabye Ukraine imbabazi

Andrey Medvedev umaze amezi abiri atorotse bagenzi be bo mu mutwe w’abacancuro wa Wagner PMC ukomoka mu Burusiya, yasabye imbabazi abaturage ba Ukraine. Medvedev ubu uri mu buhungiro muri Poland yatangarije France 24 ko yarwaniye Wagner muri Ukraine kuva Nyakanga kugeza mu Gushyingo 2022, nyuma yo kubitegekwa n’abayobozi bakuru b’uyu mutwe w’abacancuro. Ubusanzwe umuryango mpuzamahanga […]

Rwanda: Abadepite bemeje umushinga w’itegeko riha umugabo ikiruhuko cyo kubyara

Minisitiri Rwanyindo (ubanza iburyo) nyuma y'aho umushinga w'ivururura ry'iri tegeko wemewe n'abadepite

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bemeje umushinga w’itegeko rishya riha umugabo uburenganzira bwo kubona ikiruhuko cy’akazi mu gihe cyo kubyara k’umugore we. Uyu mushinga wateguwe na Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo, aho biteganyijwe ko iri tegeko rizahindura itegeko rimero 66/2018 ryo ku wa 30/08/2018 rigenga umurimo. Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo, Kanyindo Karurangwa […]

Le premier général 4 étoiles rwandais est mort à 75 ans

Les Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) sont profondĂ©ment attristĂ©es par le dĂ©cĂšs prĂ©maturĂ© du gĂ©nĂ©ral (Rtd) Marcel Gatsinzi Ă  75 ans . Selon certaines informations, Gatsinzi est mort le 6 mars dans un hĂŽpital en Belgique oĂč il s’Ă©tait fait soigner. « Les Forces rwandaises de dĂ©fense prĂ©sentent leurs condolĂ©ances et se joignent Ă  la […]

Somalia: Abantu 13 bashinjwa gukorana na Al Shabaab n’abasirikaare 6 barasiwe ku karubanda

Kuri uyu wa Gatatu, abantu 13 bo mu mutwe w’iterabwoba al-Shabaab na ISIS / Daesh bishwe barasiwe ku karubanda muri leta yigenga bicagase ya Puntland yo mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Somalia . Iyicwa ryategetswe n’urukiko rwa gisirikare ryabaye ahagana mu ma saa mbiri z’igitondo mu mijyi ya Galkayo, Garowe n’umurwa mukuru w’ubucuruzi wa Leta ya […]

Ingabo za Israel zateye inkambi y’impunzi muri West Bank

Kuri uyu wa Kabiri ushize, ingabo za Israel zagabye igitero mu nkambi y’impunzi mu mujyi wa Jenin muri West Bank, zihitana byibuze abantu batandatu bitwaje imbunda bo muri Palesitine, barimo n’umuntu wo mu mutwe wa Hamas ukekwaho kuba yararashe akica abavandimwe babiri mu mudugudu w’Abayahudi hafi y’umudugudu wa Huwara . Ababibonye bavuga ko imirwano yatangiye […]

Sobanukirwa ibyo ukwiye gukora mu gihe wifuza kugira uruhu rwiza

Abantu batari bake, cyane cyane igitsina gore baba bashaka kugaragara neza ku isura. Ni yo mpamvu ukunze gusanga batakaza igihe kitari gito mu nzu zitanga ubwiza rimwe na rimwe kurya ntibabihe agaciro kuko ashobora kureka icyo kurya akabwirirwa ariko inzara ze zigacongwa, umusatsi ukaboneka, amaherena ndetse n’amavuta yo kwisiga. Nyamara kujya muri izo nzu ntabwo […]

Kohereza abimukira mu Rwanda bishobora gutangira mu mpeshyi

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yavuze ko ingendo zo kohereza mu Rwanda impunzi zishobora gutangira vuba muri iyi mpeshyi, aho yakomeje avuga ko ibihumbi by’abimukira bashobora kwimurirwa mu Rwanda muri iyo gahunda . Minisitiri w’intebe yerekanye ko afite icyizere ko Guverinoma izakemura ibibazo by’amategeko kuri iyi gahunda byabujije indege iyo ari yo yose guhaguruka […]

Umwami Charles III yavugirijwe induru mu gihugu cye

Bamwe bari bafite ubutumwa bubwira Charles III ko atari Umwami wabo

Bamwe mu baturage batuye mu mujyi mushya wa Colchester mu Bwongereza, bavugirije induru Umwami Charles III ubwo yahagiriraga uruzinduko kuri uyu wa 7 Werurwe 2023. Ikinyamakuru Sky News cyatangaje ko Umwami Charles III ubwo yageraga muri uyu mujyi yasuhuza abawutuyemo, ariko bamwe bari bamutegereje bamwakiriza amagambo mabi; bakoresheje ibyapa n’indangururamajwi, gusa ngo yasaga n’utababonye cyangwa […]

Uganda: Sheria ya kupinga ushoga itapitishwa kwa gharama yoyote ile, anasema Spika

Spika wa Bunge la Uganda, Anita Among, amesema kuwa Mswada wa Kupinga Ushoga, 2023 utawasilishwa na kushughulikiwa haraka kwa ‘gharama yoyote ile’ . Bibi Among aliyasema hayo baada ya mbunifu wa Muswada huo, Bwana Asuman Basalirwa, kushindwa kuwasilisha Muswada huo kwa mara ya kwanza kusomwa jana kwa sababu Wizara ya Fedha haijampatia Hati ya Athari […]

Ukraine: Abacanshuro ba Wagner baremeza ko bigaruriye uburasirazuba bw’Umujyi wa Bakhmutka

Umutwe wa Wagner w’Abacaanshuro b’Abarusiya watangaje ko ugenzura “ibintu byose mu burasirazuba bw’umugezi wa Bakhmutka,” mu gihe perezidansi y’u Burusiya yateye utwatsi amakuru y’ibitangazamakuru byo muri Amerika ku bitero ku miyoboro ya gaz ya Nord Stream . Aba bacanshuro b’Abarusiya barigamba kugenzura byimazeyo igice cy’iburasirazuba bwa Bakhmut, nyuma y’amezi menshi y’imirwano ikaze muri uyu mujyi, […]

Itegeko rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu n’uturemangingo ryitezweho kurokora benshi

Abakora mu rwego rw’ubuvuzi mu Rwanda baremeza ko itegeko riherutse gutorwa n’inteko ishinga amategeko muri icyo gihugu, rigena imikoreshereze y’ingingo, uturemangingo n’ibikomoka ku mubiri, rizarokora ubuzima bw’abatari bake bajyaga bananirwa kujya kwivuriza mu mahanga kuko bihenze . Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatoye itegeko rigena imikoreshereze y’umubiri w’umuntu, n’uturemangingo mu mpera za Gashyantare. Iri tegeko […]

Mu Bubiligi hafungiwe umushoramari uvugwa mu mugambi wa ‘coup d’Ă©tat’ muri RDC

Gereza ya Saint-Gilles yo mu Bubiligi imaze amezi atandatu icumbikiye umushoramari umenyerewe mu bucuruzi bwa kajugujugu z’ubwikorezi, Thierry Lakhanisky, aho akekwaho ibirimo kugira uruhare mu icurwa ry’umugambi wo guhirika ubutegetsi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Ikinyamakuru RTBF cyo mu Bubiligi kuri uyu wa 7 Werurwe cyatangaje ko Lakhanisky yatawe muri yombi tariki ya 13 […]

Les Tutsis congolais dénoncent une campagne de menaces visant à les exclure des prochaines élections

Un groupe de Tutsis congolais Ă©tait gardĂ© par des policiers armĂ©s alors qu’ils s’inscrivaient pour voter dans la ville orientale de Nyangezi en fĂ©vrier, l’un des membres du groupe dĂ©crivant une campagne de menaces et de violence visant Ă  les exclure des prochaines Ă©lections . Une Ă©lectrice nouvellement inscrite au centre d’inscription avait le visage […]

Masisi: Aho guhagarara, imirwano ya M23 na FARDC yakajije umurego

Imirwano yakomeje mu gitondo cy’uyu wa 8 Werurwe 2023 hagati y’umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, hirengagizwa ubwumvikane bwo kuyihagarika. Hashingiwe ku bwumvikane yagiranye na Perezida wa Angola usanzwe ari n’umuhuza washyizweho n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, kuri uyu wa 7 Werurwe M23 yatangaje ku mugaragaro ko yahagaritse […]

Chelsea yatsinze Borussia Dortmund, Graham Potter akomeza gusunika iminsi

1678228488361.jpg

Chelsea yisengereye Borussia Dortmund iyitsinda ibitego 2-0 ihita ikatisha itike ya ÂŒ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League ari na ko umutoza Graham Potter yigabanyiriza igitutu nyuma yo gushora menshi. Mu ijoro ryakeye, tariki 7 Werurwe 2023, Chelsea yari yakiriye Borussia Dortmund yo mu Budage ku kibuga Stanford Bridge mu mukino wo kwishyura wa […]

Ibimenyetso bigaragaza umuntu wamaze kubatwa na telefone

Ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga rwa ‘Bankmycell’ bwagaragaje ko muri iki gihe abantu bakoresha telefone zigezweho [Smartphone] bagera kuri miliyani 6.92, bangana nka 86.29% by’abatuye Isi. Mu Isi ya none, ibintu byinshi bisigaye bikorerwa kuri interineti, gusa hari abakoresha izi telefone bikagera aho babatwa na zo bitewe n’ibyo bakunze kuzibonamo. Nubwo nta kimenyetso simusiga cyaba cyerekana ko […]

Général Marcel Gatsinzi yapfuye

GĂ©nĂ©ral (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Werurwe 2023 azize uburwayi. Gen. Gatsinzi yaguye mu bitaro by’i Brussels mu Bubiligi ari na ho yari amaze igihe atuye. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. GĂ©nĂ©ral Gatsinzi wari ufite imyaka […]

Nyamasheke: Umugabo yishwe n’inzoga nyuma yo gutegerwa Frw 5000

Yaryamishijwe muri izikawa ngo barebe ko yazanzamuka, agenderako

Kalimunda PhĂ©nias w’imyaka 43 wari utuye mu mudugudu wa Muganza, akagari ka Gasayo, umurenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke, wari ucumbitse mu mudugudu wa Mugohe, akagari ka Kabuga, umurenge wa Karambi muri aka karere, yapfuye nyuma yo kunywa amacupa 2 y’inzoga bita Nguvu yari amaze gutegera na mugenzi we kumara vuba vuba akamuha amafaranga […]

Uwabaye umuyobozi ukomeye muri guverinoma yahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije Ruvebana Antoine wabaye Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri yari ishinzwe gukumira ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR) icyaha cyo gusambanya umwana, rumukatira igifungo cy’imyaka 10. Rubevana yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukuboza 2021. Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry icyo gihe yabwiye itangazamakuru ko uyu yafashwe nyuma y’aho abagore bamuregaga kubasambanya […]

Le pape Jean-Paul II aurait dissimulé la maltraitance des enfants en tant que cardinal en Pologne

Le pape Jean-Paul II aurait dissimulĂ© la maltraitance des enfants dans l’Ă©glise catholique polonaise et renvoyĂ© les prĂȘtres fautifs dans d’autres juridictions pour Ă©viter un scandale, selon une enquĂȘte . L’ancien pape, nĂ© Karol Wojtyla, connaissait des prĂȘtres pĂ©dophiles alors qu’il Ă©tait cardinal de l’Ă©glise polonaise de Cracovie, selon un reportage de la chaĂźne de […]

Perezida TouadĂ©ra yashinje ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi guhungabanya umutekano wa CAR

Perezida wa Repubulika ya Centrafrica (CAR), Faustin-Archange TouadĂ©ra, yashinje bimwe mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi guhungabanya igihugu cye mu rwego rwa politiki n’urw’umutekano. Uyu Mukuru w’Igihugu ubwo yari mu nama mpuzamahanga y’ibihugu bikennye yabereye i Doha tariki ya 5 Werurwe 2023, yavuze ko CAR ifite yasahuwe n’ibi bihugu byifashishije ubu buryo kuva cyabona ubwigenge. […]

Umunyamabanga Mukuru wa Loni yerekeje muri Ukraine ku nshuro ya gatatu

Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres ari mu nzira yerekeza i Kyiv kubonana na Perezida Volodymyr Zelensky nk’uko iyi nkuru dukesha France24 ivuga . Mu gitondo cy’uyu munsi Zelensky akaba yavuze ko igisirikare cya Ukraine kizohereza ingabo mu mujyi wa Bakhmut wagoswe n’ingabo z’u Burusiya, ahakana amakuru yari yaravuzwe mbere ko […]

Ibyo kurya 10 by’ingenzi ku mugore utwite

Gutwita ni kimwe mu bintu bishimisha umubyeyi. Ni byiza ko umugore utwite arya indyo yuzuye kuko bimufasha we n’umwana uri mu nda gukomeza kugira ubuzima bwiza. Muri iki gihe, umubiri ukenera intungamubiri zinyongera kugira ngo ubuzima bwumwana bigende neza. Mu byukuri, ugomba kongeramo karori hagati ya 400 na 500 buri munsi. Nk’uko Indiatimes.com ibitangaza, kurya […]

U Bwongereza: Ubujurire ku cyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda buzatangira muri Mata

Urukiko rw’Ubujurire mu Bwongereza ruzumva imbogamizi kuri gahunda ya Guverinoma, yo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, muri Mata, nk’uko umucamanza mukuru yavuze . Abacamanza babiri bo mu Rukiko Rukuru bateye utwatsi icyifuzo cyo guhagarika iyi politiki y’ibiro bishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu mu Kuboza nyuma y’iburanisha ryo muri Nzeri na Ukwakira. Abacamanza Lewis hamwe na […]

Le Premier ministre Rishi Sunak s’est entretenu avec le prĂ©sident rwandais Paul Kagame

Le Premier ministre britannique Rishi Sunak et le prĂ©sident rwandais Paul Kagame ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni et le Rwanda et de la nĂ©cessitĂ© de perturber les activitĂ©s des passeurs tout en rĂ©pondant aux prĂ©occupations humanitaires, a annoncĂ© lundi le gouvernement britannique . “Ils ont discutĂ© du partenariat migratoire entre le Royaume-Uni […]

M23 yahagaritse imirwano na FARDC, isiga iteze umutego

20230307_115254.jpg

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Werurwe watangaje ko wahagaritse imirwano n’Ingabo za Repubulika Iharanira (FARDC), gusa utangaza ko witeguye kwirwanaho mu gihe cyose uzaba ugabweho igitero. Uyu mutwe wabyemeje binyuze mu itangazo ryasohowe n’Umuvugizi wawo, Lawrence Kanyuka. Mu cyumweru gishize abayobozi bakuru muri uyu mutwe barangajwe imbere na Perezida wawo, […]

Somalia: Al Shabaab yisubije ibirindiro yari iherutse kwamburwa n’ingabo za leta

Kuri uyu wa Kabiri, abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab wo muri Somalia wisubije ibirindiro bya gisirikare byo mu majyepfo ya Jubbaland wari wambuwe n’igisirikare cya leta muri Mutarama, nk’uko umuyobozi muri Somalia n’umuturage waho babitangaje . Al Shabaab, ikorana na al Qaeda, yahuye n’igitutu gikaze cy’igisirikare ndetse n’imitwe yitwara gisirikare ishingiye ku […]

Ingabo z’u Burundi zamaze kugera i Sake

Ingabo z'u Burundi zamaze kugera i Sake, ziteguye gusimbura M23 mu birindiro izaba yarekuye

Ingabo z’u Burundi zibarizwa mu mutwe w’umuryango wa Afurika y’iburasirazubam EACRF, zamaze kugera i Sake muri teritwari ya Masisi, zivuye mu mujyi wa Goma zari zimazemo iminsi ibiri. EACRF yatangarije ku rubuga rwayo iti: “Ingabo z’u Burundi ziri muri EACRF zoherejwe i Sake muri Masisi muri gahunda ikomeje y’ingabo za EACRF.” Uyu mutwe w’ingabo za […]

RDC: Minisitiri Lutundula yongeye gushimangira ko nta mishyikirano na M23

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yongeye gushimangira ko Guverinoma ya Congo idateze kugirana imishyikirno n’umutwe wa M23 mu gihe kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Werurwe, biteganyijwe ko uyu mutwe ugomba guhagarika imirwano ukanatangira kuva mu bice wigaruriye nk’uko wabyemereye Perezida wa Angola . Ni mu kiganiro yagiraye na […]

Amafoto: REG BBC yerekeje i Dakar muri Senegal mu mikino ya BAL

fqmhwxfxoaiwywd_1_.jpg

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya REG BBC yerekeje i Dakar muri Senegal, aho igiye guhagararira u Rwanda mu mikino ya BAL, Sahara Conference, izatangira tariki 11 Werurwe 2023. REG BBC yagiye iyobowe n’abatoza bayo aribo Dean Murray na Maxime Marrius Mwiseneza ndetse n’abakinnyi 12. Abakinnyi 12 REG yahagurukanye i Kigali barimo […]

Musanze: Abana babiri baratabarizwa nyuma yo kwihakanwa n’umubyeyi wemeraga ko ari abe

Umugabo witwa Ntakarakorwa Bana Guido utuye mu karere ka Rubavu akaba akomoka mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze mu kagari ka Cyabagarura, aravugwaho gutererana abana babiri; uw’imyaka 17 n’undi ufite imyaka 14, yemeraga ko yabyaranye na Tumukunde Zoula utuye mu murenge wa Cyuve, mu kagari ka Bukinanyana, ariko nyuma akabihakana. Tumukunde avuga ko yabyaranye […]

Makundi ya wenyeji yenye silaha yanakusanywa kama askari wa akiba wa jeshi la Kongo

Wakati wa mkutano na waandishi wa habari uliofanyika Jumatatu hii, Machi 6, 2023 huko Goma, Waziri wa Elimu ya Juu na Vyuo Vikuu (HUE), Muhindo Nzangi, alifichua kwamba makundi ya wenyeji yenye silaha sasa yanahamasishwa kama askari wa akiba ambao watakuwa na vifaa sawa na askari wa Kongo (FARDC) . Alionyesha kuwa hayo ni matokeo […]

Gisagara: Babiri bafatiwe mu cyuho biba imirindankuba

Ku Cyumweru tariki ya 5 Werurwe, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Gisagara, yafashe abasore babiri bacyekwaho kwiba insinga z’amashanyarazi n’imirindankuba bakajya kubigurisha mu byuma bishaje . Abafashwe barimo umwe ufite imyaka 26 n’undi ufite 29, bafatanywe imirindankuba ipima Kgs 13 bagiye bakata ku nkingi z’amashanyarazi (Pylons) zo ku muyoboro mugari […]

Local armed groups are mobilized as Congolese army reservists

During a press conference held this Monday, March 6, 2023 in Goma, the Minister of Higher and University Education (HUE), Muhindo Nzangi revealed that local armed groups are now mobilized as reservists who will be equipped in the same way as the Congolese soldiers (FARDC) . He indicated that this is the consequence of a […]

Kinshasa: Minisiteri y’itumanaho yibasiwe nyuma yo gutangaza ko Macron yamaganye u Rwanda

Minisiteri ishinzwe itumanaho n’itangazamakuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo yibasiwe nyuma yo gutangaza ko Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yamaganye u Rwanda arushinja gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23. Perezida Macron ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru hamwe na mugenzi we FĂ©lix Tshisekedi, i Kinshasa tariki ya 4 Werurwe 2023, yavuze ko M23 irimo abanyamahanga […]

Mukura VS yorohereje abanyeshuri, abanyonzi, abamotari, n’abagore bifuza kureba umukino wayo

Mukura VS yatumiye abakunzi b’umupira w’amaguru mu mukino wo kwishyura wa ? cy’Ikombe cy’Amahoro izakiramo Rutsiro FC by’umwihariko abamotari, abanyonzi, abanyeshuli n’abagore n’abakobwa. Iyi kipe ibarizwa mu karere ka Huye, mu ntara y’Amajyepfo, yatanze poromosiyo ku bifuza kureba umukino uzayihuza na Rutsiro FC kuri uyu wa kabiri tariki ya 7 Werurwe 2023 kuri Sitade Mpuzamahanga […]

Umukuru wa UN yasabye M23 guhagarika imirwano bitarenze igihe yemeye

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umutwe witwaje intwaro wa M23 kubahiriza icyemezo wafatiye hamwe na Perezida wa Angola akaba n’umuhuza washyizweho n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe, cyo guhagarika imirwano guhera kuri uyu wa Kabiri. Ni ubusabe Guterres yanyujije ku Muvugizi we, StĂ©phane Dujarric, kuri uyu wa 6 Werurwe 2023, nk’uko bigaragara mu itangazo […]

FARDC irashinja M23 kwerekeza ibitero ahari ingabo z’u Burundi

Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, kirashinja umutwe witwaje intwaro wa M23 ngo “ufashwa n’u Rwanda” kwerekeza ibitero ahari ingabo z’u Burundi zimaze umunsi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Byatangajwe n’Umuvugizi wa guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rw’igisirikare, Lt Col. Ndjike Kaiko kuri uyu wa 6 Werurwe 2023, agaragariza amahanga ko […]

RDC yeruye, yemeza ko igiye kwitabaza imitwe yitwaje intwaro mu guhangana na M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yamaze gufata icyemezo cyo gukorana n’imitwe yitwaje intwaro ikorera muri kiriya gihugu, mu rwego rwo kurinda ubusugire bwayo ivuga ko buri mu byago kubera umutwe wa M23. Byatangajwe na Minisitiri ushinzwe amashuri yisumbuye ndetse n’aya Kaminuza, Muhindo Nzangi Butondo, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa […]

Gen. Niyombare na bagenzi be baba bafite ubwoba bw’uko bashobora gutabwa muri yombi

Maj. Gen. Godefroid Niyombare wayoboye igeragerazwa ryo guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza mu Burundi mu mwaka w’2015 hamwe na bagenzi be, baba bafite ubwoba bw’uko bashobora gutabwa muri yombi. Ikinyamakuru SOS Medias Burundi kivuga ko umusirikare wahoze ari General mu ngabo z’iki gihugu afite ubwoba nyuma y’aho Perezida Evariste Ndayishimiye yohereje mu Rwanda intumwa ziyobowe […]

Ibice 7 by’umubiri wawe ugomba kwitaho cyane buri munsi

Iyo urimo kwiyuhagira, hari ibice bimwe by’umubiri bikunze kwirengagizwa ariko ubisanzwe ni isoko ikomeye y’impumuro mbi. Impamvu nyamukuru ituma twoga buri munsi ni ukwirinda impumuro mbi y’umubiri, kugira ngo duhumura neza kandi tugire uruhu rwiza. Nk’uko bitangazwa na Pulse Nigeria, mu gihe uri kwiyuhagira, hari ibice bimwe by’umubiri ugomba kwitaho cyane kugira ngo uhorane impumuro […]