Tchad: Abasaga 400 bakatiwe gufungwa burundu bazira uruhare mu iyicwa rya Perezida Idriss Deby

Urukiko rwo muri Tchad kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, rwakatiye igihano cyo gufungwa burundu inyeshyamba zirenga 400 zifite aho zihuriye n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida Idriss Deby Itno . Ibihano ku bagize umutwe w’inyeshyamba wa FACT (Front pour le changement et la concorde au Tchad) byatanzwe n’Urugereko rw’inshinjabyaha rwihariye rw’urukiko rw’ubujurire rwa N’Djamena. Ibiro […]

Virusi ya Marburg yadutse muri Tanzaniya imaze guhitana abantu batanu mu bayanduye

Kuri uyu wa Kabiri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko abantu batanu bapfiriye muri Tanzaniya bazize icyorezo cya virusi ya Marburg nyuma yo kwaduka mu karere ka Kagera mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu . Abantu ba mbere banduye virusi ya Marburg bemejwe muri iki gihugu nyuma y’uko abayobozi mu nzego z’ubuzima muri […]

Intumwa z’akanama gashinzwe umutekano muri Afurika ziri muri RDC

Intumwa z’akanama k’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) gashinzwe amahoro n’umutekano ziri mu ruzinduko rw’amasaha 48 muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Izi ntumwa ziyobowe na Ambasaderi Willy Nyamitwe uhagarariye u Burundi muri AU zakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula na Minisitiri w’ingabo, Gilbert Kabanda. Nk’uko Ambasaderi Nyamitwe abyemeza, izi ntumwa zagiye […]

AMAFOTO: Ibirori bifungura imikino y’abapolisi bo mu bihugu 8 bari i Kigali

whatsapp_image_2023-03-21_at_20.04_08.jpg

Imikino ihuza abapolisi bo mu bihugu 8 biherereye mu karere ka Afurika y’iburasirazuba yatangiriye kuri uyu wa 21 Werurwe 2023 kuri sitade mpuzamahanga ya Kigali Pele Stadium i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Umuhango nyirizina watangijwe ku mugaragaro n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, DCG Felix Namuhoranye, watanze ubutumwa buha ikaze abapolisi baturutse mu bihugu […]

Rusizi: Hategekimana ukekwaho kwicisha umugore we inyundo yishyikirije RIB

Saa cyenda z’igicamunsi zo kuri uyu wa Kabiri ni bwo kuri Sitasiyo ya RIB ya Kamembe, hageze Hategekimana Jean Damascène w’imyaka 50, avuga ko ari we wishe umugore we bari bamaranye imyaka 11,ko nta rindi perereza rikwiye gukorwa, ahisemo kwizana kuko abona ntaho yabona akomeza kwihishahisha, n’ubundi amaherezo yazafatwa,anavuga uburyo yamwishe. Uwahaye amakuru Bwiza.com,yavuze ko […]

FARDC yataye muri yombi abo ishinja gushakira M23 abarwanyi bashya

Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, kivuga ko cyataye muri yombi abagabo batatu bashakiraga umutwe witwaje intwaro wa M23 abarwanyi bashya mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa FARDC muri iyi ntara, Lt Col. Ndjike Kaiko Guillaume, yatangaje ko aba bagabo bafashwe hashingiwe ku makuru urwego rw’igisirikare rushinzwe iperereza rwari rufite. Harimo uwitwa […]

Rutahizamu Emmanuel Adebayor yasezeye kuri ruhago

1679395613468.jpg

Rutahizamu w’Umunya-Togo wamenyekaniye cyane mu makipe ya Arsenal na Manchester City yamaze gusezera burundu kuri ruhago ku myaka 39 y’amavuko. Sheyi Emmanuel Adebayor asezeye kuri ruhago akinira AC Semassi y’iwabo muri Togo yagiyemo muri Nyakanga 2021 avuye muri Olimpia Asancio yo muri Paraguay, akaba yari amaze imyaka 22 akina nk’uwabigize umwuga. Urugendo rw’umupira w’amaguru rwa […]

Burundi: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahunze bagiye gushinga leta mu buhungiro

Abatavuga rumwe na Leta y’u Burundi bari mu buhungiro batangaje ko bagiye gushinga guverinoma izakorera hanze y’igihugu izibanda ku gushakira ibisubizo byihuse ibibazo bihanze igihugu. Aba babitangaje mu itangazo bashyize ahagaragra bavuga ko bagiye kubikora kuko Leta iyobowe na CNDD-FDD yanze kugirana ibiganiro n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi . Itangazo bashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na JĂ©rĂ©mie […]

Abadepite bo mu ishyaka rya Perezida Ruto barasaba ko Uhuru Kenyatta na Odinga bafungwa

Ni uku abigaragambya bagize ku biro bya UDA muri Kisumu

Abagize inteko ishinga amategeko bo mu ishyaka UDA riri ku butegetsi muri Kenya basabye ko Uhuru Kenyatta wayoboye igihugu n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwacyo, Raila Odinga, batabwa muri yombi. Aba bashingamategeko mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 21 Werurwe 2023, batangaje ko yaba Uhuru, Odinga hamwe n’abandi banyapolitiki bakuru mu ihuriro Azimio la Umoja […]

Mashauriano kuhusu Shirikisho la Kisiasa la EAC yataanza tena mwezi Mei

Mashauriano ya kitaifa kwa ajili ya kutunga Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC yanatarajiwa kuanza tena katika Nchi Wanachama wa EAC; huku Jamhuri ya Kenya ikitarajiwa kufanya vikao hivyo Mei 2023 . Wataalamu wa kikatiba wa kikanda wanaotayarisha Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC, wanatarajia kufanya mashauriano na wadau mbalimbali miongoni mwao; asasi […]

Ingabo za Ukraine zirizeza USA ko mu mezi atageze kuri 6 zaba zamenye gukoresha F-16

Umugaba w’ingabo za Ukraine zirwanira mu kirere, General Serhii Hulubtsov, yatangaje ko igeragezwa ryakozwe ryagaragaje ko abapilote babo bashobora gukoresha indege z’indwanyi za Falcon F-16 zikorerwa muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gihe kiri munsi y’amezi atandatu. Gen. Serhii yatangaje ko iri gerageza ryakorewe ku bapilote bo muri Ukraine babiri mu byumweru bitatu. Mu […]

U Rwanda rubuze undi mukinnyi ukomeye ku mukino uruhuza na Bénin

frurx96xwaauo8s.jpg

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda ukiniraya ikipe ya FC Zimbru Chisinau yo muri Moldova, Steve Rubanguka, ntazakina umukino Amavubi afitanye na Benin kuri uyu wa Gatatu kubera ibibazo bya pasiporo. Byari biteganyijwe ko Rubanguka ukina hagati mu kibuga agomba gusanga bagenzi be muri Benin kimwe na Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ na Raphael York ku munsi w’ejo ku wa […]

Rusizi: Arashakishwa akekwaho kwicisha umugore we inyundo

Nyiransabimana DorothĂ©e wari ufite imyaka 50, abana n’umugabo Hategekimana Jean Damascène uzwi nka Moso na we w’imyaka 50, bari bamaranye imyaka 11 yaramwinjiye, mu mudugudu wa Muhari, akagari ka Kamatita, umurenge wa Gihundwe mu karere ka Rusizi, yasanzwe mu nzu yapfuye, bikekwa ko yishwe n’uwo mugabo we amukubise inyundo mu mutwe, agahita atoroka. Amakuru umunyamakuru […]

WFP yahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera gukomeza kwibasirwa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera igitero giherutse kugabwa ku bakozi b’ubutabazi . WFP yagize ati: “Nyuma y’igitero giheruka, WFP yahatiwe guhagarika by’agateganyo ingendo zayo ziva muri Bor, muri Leta ya Jonglei ku nshuro ya kabiri mu byumweru byinshi kugira ngo yongere gusuzuma ingamba zo kugabanya amakimbirane.” […]

Uwacu Julienne arahakana gufungisha umuturage w’i Rubavu

Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE) ushinzwe gahunda y’ubudaheranwa, Uwacu Julienne, arahakana gufungisha umuturage wo mu murenge wa Bugeshi, akarere ka Rubavu witwa Ntabarifasha Nsabimana. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’umunyamakuru wa BTN TV, Uwacu yabajije ati: “None se njyewe ndafunga? Ibibazo by’ubutabera bibaze abantu bamufunze. Ntabwo mfunga, simfungura, sinca imanza, ikibazo umbaza […]

Les consultations sur la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC reprendront en mai

Les consultations nationales pour la rĂ©daction de la Constitution de la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC devraient reprendre dans les États partenaires de l’EAC ; la RĂ©publique du Kenya devant tenir les sessions en mai 2023 . Les experts constitutionnels rĂ©gionaux qui rĂ©digent la Constitution de la FĂ©dĂ©ration politique de l’EAC doivent tenir des consultations avec diverses […]

Kenya: Umunyeshuri yiciwe mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi

Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 werurwe, umunyeshuri yiciwe muri Kenya ubwo imirwano hagati y’inzego zishinzwe umutekano n’abigaragambyaga barwanya leta yafataga intera nyuma y’aho umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga ahamagaje imyigaragambyo ya buri cyumweru kubera igiciro cy’imibereho gikomeje kuzamuka . Igipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cyarashe imyuka iryana mu maso kinatera amazi abigaragambyaga mu […]

Missile nyinshi z’u Burusiya zasenyewe mu gitero cya drones cyagabwe muri Crimea

Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Ukraine yavuze ko guturika kwabereye mu majyaruguru ya CrimĂ©e yigaruriwe kwasenye misile z’u Burusiya zari zitwawe muri gari ya moshi . Umuyobozi w’umujyi wa Dzhankoi washyizweho n’u Burusiya yavuze ko ako gace katewe n’indege zitagira abaderevu. Ukraine yatangaje iturika ariko, nk’uko bisanzwe, ntabwo yavuze yeruye ko ari yo yari inyuma y’icyo […]

Abasifuzi bahagaritswe nyuma yo kongera iminota 42 ku mukino

oq-sport-preview-90-plus-40_-_2023-03-20t163635_976.jpg

Ishyirahamwe ry’mupira w’amaguru muri Bolivia ryahagaritse abasifuzi batandatu basifuye umukino w’icyiciro cya mbere muri iki gihugu maze bakongeraho iminota irenga 42 nyuma y’iminota 90 isanzwe ikinwa. Ibi byabaye mu mukino ikipe ya Atletico Palmaflor yatsinzemo Blooming FC ibitego 3-2 ku wa Mbere w’icyumweru gishize. Uyu ni umwe mu mikino yakinwe igihe kirekire mu mateka kuko […]

Mali: Umunyamakuru w’Umufaransa wari umaze hafi imyaka ibiri mu maboko y’ibyihebe yarekuwe

Umunyamakuru w’Umufaransa Olivier Dubois wari umaze imyaka ibiri ari mu maboko y’umutwe w’iterabwoba wegamiye kuri Isilamu muri Mali yarekuwe kuri uyu wa 20 Werurwe 2023. Inkuru y’irekurwa ry’uyu munyamakuru yemejwe na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron wagize ati: “Olivier Dubois yarekuwe” ndetse n’umuryango w’abanyamakuru batagira umupaka, RSF yagize iti “Amaherezo Olivier Duboi yarekuwe.” Radiyo mpuzamahanga […]

DRC: Islamic State claims responsibility for attack that killed 9 in Lubero

The Islamic State group (Daesh) claimed responsibility on Sunday March 19 for an attack by Ugandan terrorists from the Allied Democratic Forces (ADF) that left at least ten (10) dead in Nguli, a town located in the territory of Lubero, in the North -Kivu. This attack is the first in Lubero territory . “On Saturday, […]

Wachina tisa wauawa katika shambulizi Afrika ya Kati

Wachina tisa waliuawa katika eneo la uchimbaji madini katika Jamhuri ya Afrika ya Kati, shambulio lililolaaniwa na Rais wa China Xi Jinping ambaye alitoa wito Jumatatu “kuwaadhibu vikali” wahalifu . Shambulio hilo lilitokea Jumapili mwendo wa saa 5 asubuhi kwa saa za huko (0400 GMT) katika eneo la Bambari, katikati mwa nchi hiyo ya Kiafrika, […]

Abashinwa icyenda biciwe muri Centrafrica

Abashinwa icyenda biciwe ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Centrafrica, mu gihe cy’intambara y’abenegihugu, igitero cyamaganwe na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, wasabye kuri uyu wa Mbere “guhana bikomeye” abakoze ubu bwicanyi . Iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’imwe kuri iki Cyumweru mu Karere ka Bambari. Umuyobozi w’akarere, Abel Matchipata, yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa […]

U Rwanda ntirwagarutse muri raporo y’uko ibihugu bihagaze mu byishimo

Ikigo gishamikiye ku Muryango w’Abibumbye giharanira iterambere rirambye, UNSDSN, ntabwo cyongeye gushyira u Rwanda muri raporo igaragaza uko ibihugu bihagaze mu byishimo. Raporo ya 2020-2022 SDSN (Sustainable Development Solutions Network) yashyize ahagaragara kuri uyu wa 20 Werurwe 2023 yakorewe ku bihugu 137, rukaba ruyobowe na Finland imaze imyaka myinshi iza imbere. Ibihugu byo mu karere […]

Rusizi/ Rasano: Bagenda ibilometero birenga 50 bashaka serivisi zijyanye na SIDA

Bwa mbere, abayobozi bifatanije n'abaturage ba Rasano na Murwa kwizihiza umunsi mpuzamahaga wo kuzirikana ububi bwa SIDA

Abaturage b’utugari twa Rasano na Murwa mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi, cyane cyane urubyiruko, bavuga ko nta byinshi bazi ku byerekeranye n’agakoko gatera SIDA, kuko aho batuye nta serivisi zabyo bahabona, kuzibona bibasaba urugendo rw’ibilometero birenga 50 bajya, banava ku kigo nderabuzima cya Bweyeye ziboneka, bagahitamo kubyihorera. Iki ngo ni ikibazo gikomeye […]

Indege z’intambara z’u Bwongereza n’iz’u Budage zitambitse iz’u Burusiya hafi ya Estonia

cfef15c1-85cd-4d72-805bd538055d1812-unclassified_ascr_eeei_tu-134_1.png.jpg

Indege y’indwanyi y’u Bwongereza yo mu bwoko bwa Typhoon n’indi y’Igisirikare cy’u Budage mu mpera z’icyumweru gishize zahagurukijwe igitaraganya ku birindo bya gisirikare bya Ă„mari muri Estonia zigiye guhagarika indege itwara abagenzi yari iherekejwe n’indege z’indwanyi z’u Burusiya . Mu rwego rwo gukomeza kurinda umutekano mu kirere muri aka karere, indege zombi za NATO zahagurukijwe […]

Senateri Muyumba yibasiye Inteko ya RDC yananiwe kwemeza amahanga ko agomba kwamagana u Rwanda

Senateri wo muri demukarasi ya Congo, Ambasaderi Francine Muyumba, yibasiye intumwa zoherejwe mu nama mpuzamahanga y’Inteko zishinga amategeko (IPU) yabereye muri Bahrain, zikananirwa kwemeza amahanga ko agomba kwamagana u Rwanda. Mu mujyi wa Manama tariki ya 12 Werurwe 2023, Prof. AndrĂ© Mbata Mbangu wari uyoboye intumwa z’Inteko ya RDC yasobanuriye abandi bashingamategeko bahagarariye ibihugu byabo […]

Kabale: Umupolisikazi yishwe arashwe n’umukunzi we w’umusivili

Abapolisi bo mu Karere ka Kabale mu gihugu cya Uganda barimo gukora iperereza ku rupfu rw’umupolisi w’umugore w’imyaka 23 bivugwa ko yarashwe n’inshuti ye y’umusivili . Nk’uko abapolisi babitangaza, PC Caroline Komuhangi wakoreraga ku ishami ry’igipolisi cya Kabale yiciwe, mu gitondo cyo ku Cyumweru, aho yari atuye mu kigo. Umuvugizi wa polisi mu Karere ka […]

Paris: Louise Mushikiwabo aragirana ibiganiro na Perezida Macron

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Werurwe, Perezida Emmanuel Macron agomba guhura n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa La Francophonie . Nk’uko Perezidansi y’u Bufaransa (ElysĂ©e) yabitangaje, ikiganiro hagati yabo “kiribanda ku ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ihuriweho na Francophonie nka moteri yo […]

Goma: Abasirikare ba Kenya bikanzwemo abarwanyi ba M23

Abasirikare umunani b’Abanyakenya babarizwa mu mutwe w’ingabo w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACRF, bamaze umwanya mu maboko y’inzego z’umutekano nyuma yo kwikangwamo abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 19 Werurwe 2023 hasakaye videwo igaragaza aba basirikare batawe muri yombi, aho bari bakikijwe n’abaturage benshi bavugaga ko ari abarwanyi ba M23 […]

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia yahaye abakinnyi b’Amavubi ubutumwa

frm4lvnxgaa421v.jpg

Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Amb. Hope Tumukunde Gasatura yasuye Abakinnyi maze abaha ubutumwa mbere yo guhaguruka muri Ethiopia berekeza i Cotonou muri BĂ©nin. Ubu butumwa Ambasaderi yabutanze kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Werurwe 2023 nyuma yo gusura aba basore bari bamaze gutsindwa na Ethiopia igitego 1-0 mu mukino wa gicuti utegura uwo bafitanye […]

Somalia yungutse abasirikare 2900 batorejwe muri Uganda

Uru rubyiruko rwahawe amasomo arufasha kurinda Somalia

Somalia yungutse abasirikare bashya 2900 batorejwe mu kigo gitorezwamo misiyo zihariye za gisirikare cya Butiaba mu burengerazuba bwa Uganda. Nk’uko Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yabitangaje kuri uyu wa 19 Werurwe 2023, igikorwa cyo gusoza amasomo ya gisirikare k’uru rubyiruko cyayobowe na mugenzi we uyobora Somalia, Hassan Sheikh Mohamud. Museveni asobanura ko urubyiruko rwo muri […]

Rusizi: Moto yari yibwe yatahuwe mu gihuru

Kuri Sitasiyo ya RIB ya Kamembe mu karere ka Rusizi hafungiye umusore w’imyaka 24 witwa Ndagijimana Eric, ukekwaho kwiba moto mu mujyi wa Rusizi, akayihisha mu gihuru mu mudugudu wa Nyagatare, akagari ka Shagasha, umurenge wa Gihundwe muri aka karere, uwo bikekwa ko bafatanije kuyiba aracyashakishwa. Amakuru umunyamakuru wa Bwiza.com yahawe n’umuvugizi wa polisi mu […]

Burundi: Umugore yahuruje Polisi, itwara amafaranga miliyoni 29 umugabo we yari abitse

Muri komini ya Ndava, intara ya Mwaro mu Burundi haravugwa inkuru y’umugore w’imyaka 45 y’amavuko witwa Mpitabakana Angleberte, wahuruje Polisi ayimenyesha ko umugabo we abitse amafaranga y’Amarundi 29.664.000, iraza irayatwara. Uyu mugore yahamagaye umuyobozi wa Polisi ya Mwaro, amumenyesha ko tariki ya 14 Werurwe 2023, umugabo we witwa Nduwimana Donatien yageze mu rugo yasinze, afite […]

Uko amakipe azahura muri ÂĽ cya UEFA Champions League

Uyu munsi i Nyon mu Busuwisi ku cyicaro cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) habereye umuhango wa tombora y’imikino ya ÂĽ muri Champions League. Ni tombora yabaye nyuma y’uko kuwa Gatatu w’iki cyumweru turimo hari hasojwe imikino ya ?. Amakipe amwe yabonye itike andi arasezererwa. Amakipe yari yabonye itike ya ÂĽ ni AC Milan yasezereye […]

Minisitiri Suella Braverman wo mu Bwongereza ategerejwe mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu w’u Bwongereza, Suella Braverman, ategerejwe mu Rwanda, nk’uko amakuru agera kuri Sky News dukesha iyi nkuru avuga, mu gihe ashaka gushimangira gahunda ya guverinoma yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu cyo mu Burayi bahageze mu buryo bunyuranyije n’amategeko . Iyi gahunda itavugwaho rumwe […]

Perezida w’u Bushinwa agiye gusura Putin

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, azerekeza i Moscou mu cyumweru gitaha, aho azaba agiye kugirana ibiganiro na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) yavuze ko bazaganira ku “butwererane bushingiye ku mikoranire n’ingamba byumvikanweho “. Uru ruzinduko ruje mu gihe Beijing, inshuti y’u Burusiya, yatanze ibyifuzo byo guhagarika intambara yo […]

Amafoto: Menya imiterere y’amapeti ya ba ofisiye ba FARDC

fmnaintxwaa0ofp.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’igihugu cyashinzwe nyuma yo kubona ubwigenge mu 1961, ubu kibarizwamo abasirikare byibuze 144,000, kikaba kiyobowe na Lt. Gen. Christian Tshiwewe Songesha w’imyaka 55 kuva ku itariki ya 4 Ukwakira 2022, aho yagiyeho asimbuye Lt Gen. Celestin Mbala. Kuri iyi nshuro Bwiza yifuje kwereka abakunzi ba yo imiterere y’amapeti […]

Jenerali Muhoozi alisema ananuia kugombea urais mwaka 2026

Mtoto wa kiongozi wa Uganda, Yoweri Museveni, amesema ananuia kugombea urais mwaka 2026, ikiwa ni mara ya kwanza kwa jenerali huyo kutoa ratiba ya kuchukua nafasi ya babake ambaye ameiongoza nchi hiyo ya Afrika Mashariki kwa miaka 37 . Upinzani nchini Uganda kwa muda mrefu umekuwa ukimshutumu Museveni kwa kutaka kuweka utawala wa kifalme nchini […]

Arsenal yananiwe gukomezanya na Manchester United muri Europa League

frx0p7ixgaoxw8z.jpg

Arsenal yasezerewe na Sporting Club yo muri Portugal kuri penaliti 5-3 nyuma yo kunganya igitego 1-1 [3-3], mu gihe Manchester United yatsinze Real Betis igitego 1-0 [5-1], bituma ikomeza mu mikino ya ÂĽ cy’irangiza mu mikino ya Europa League 2023. Arsenal yari yakiriye Sporting Club kuri Emirates Stadium mu mukino wo kwishyura wa ? cy’irangiza […]

Rusizi: Umugore n’umukobwa we w’imyaka 21 bishwe n’inkuba

Aha imodoka n'abaturage bari ni ho inkuba yakubitiye ba nyakwigendera

Nyirabageni Domitille w’imyaka 51 n’umukobwa we Abayisenga Jeannine wa 21, bo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Gasheke, umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke, bakubitiwe n’inkuba mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi bahita bapfa, uruhinja rw’amezi 4 bari bafite rurarokoka. Amakuru Bwiza.com yahawe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nkanka, Ntivuguruzwa Gervais, avuga ko […]

Poland yatangaje ko igiye guha Ukraine indege za MiG-29

Perezida wa Poland, Andrzej Duda, yatangaje ko igihugu cye kizaha Ukraine indege z’intambara za MiG-29 izifashisha mu rugamba ihanganyemo n’u Burusiya. Nk’uko ikinyamakuru DW cy’Abadage kibivuga, Perezida Duda ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu mujyi wa Warsaw kuri uyu wa 16 Werurwe 2023 yagize ati: “Mu minsi iri imbere, niba nibuka neza, tuzohereza indege enye […]

Perezida Kagame yavuze imyato Gen Marcel Gatsinzi washyinguwe

Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yavuze imyato Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi uheruka kwitaba Imana, anizeza umuryango we ko RDF izawuba hafi. Ku itariki ya 06 Werurwe ni bwo Gen Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda yitabye Imana aguye i Brussels mu Bubiligi, aho yari amaze igihe gito arwariye. Kuri […]

Tani za Uranium zilitoweka kwenye tovuti ya Libya

Wakala wa Kimataifa wa Nishati ya Atomiki (IAEA) umetangaza kuwa wakaguzi wake wamegundua kuwa takriban tani 2.5 za urani asilia zimetoweka kwenye eneo la Libya . Mkurugenzi Mkuu wa IAEA, Rafael Grossi alisema katika taarifa yake kwamba wakaguzi wa Shirika hilo Jumanne “waligundua kuwa ngoma 10 zenye takriban tani 2.5 za urani asilia katika mfumo […]

Libya: Toni 2,5 z’ubutare bwa uranium bukorwamo intwaro za kirimbuzi zaburiwe irengero

Kuva mu 2003 ni bwo Libya yahagaritse gahunda yayo yo gukora intwaro za kirimbuzi. Nyamara, Ikigo mpuzamahanga gishinzwe kugenzura ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko toni 2,5 z’ubutare bwa Uranium zaburiye muri Libya, gisobanura ko kigiye kubikoraho iperereza . Mu ruzinduko rwabaye ku wa Kabiri, abagenzuzi bo mu Muryango w’Abibumbye […]

Lt. Gen. Constant Ndima rehabilitated as commander of military operations in North Kivu

The Chief of Staff of the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo, Lieutenant-General Christian Tshiwewe Songesa notified Wednesday, March 15, the military governor of North Kivu, Lieutenant-General Constant Ndima, of his rehabilitation as commander of military operations in this province, in accordance with the provisions of the state of siege . “I inform […]

U Burundi bwohereje izindi ngabo muri RDC

Izi ngabo ziteguraga gusanga izindi muri Masisi

U Burundi bwohereje icyiciro cya gatatu cy’ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) kugira ngo zifashe izazibanjirije kugenzura ibice byari byarafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi. Ibiro by’umutwe w’ingabo zo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba ukorera mu burasirazuba bwa RDC, EACRF, byatangaje ko iki cyiciro cy’abasirikare b’u Burundi […]

Le 73e Congrès de la FIFA: Infantino réélu pour un nouveau mandat de quatre ans

fru3bk7xgaas9rm.jpg

Le prĂ©sident de la FIFA, Gianni Infantino, a Ă©tĂ© réélu pour un nouveau mandat de quatre ans Ă  la tĂŞte de l’instance dirigeante du football mondial lors d’une Ă©lection tenue Ă  Kigali . Près de 2 000 dĂ©lĂ©guĂ©s, dont les plus hauts dirigeants du football de l’instance dirigeante du football mondial (FIFA), se rĂ©unissent Ă  […]

Gen. Kainerugaba yatangaje ku mugaragaro ko azahatana mu matora yo mu 2026

Gen. Muhoozi Kainerugaba yamaganye igisekuru cy’abayobozi , se, Yoweri Museveni na se wabo, Gen Salim Saleh babarizwamo, avuga ko gikomeje kwiganza mu buyobozi kurusha urubyiruko ubwo yongeraga kugaragaza inyota afitiye ubutegetsi . Uyu musirikare mukuru wa UPDF w’imyaka 48 usanzwe ari n’umujyanama wa perezida mu bikorwa bidasanzwe, yatangaje ko yategereje bihagije igihe cye cyo kuyobora […]

Perezida Kagame ahangayikishijwe n’uko abakinnyi b’Abanyafurika baterwa imineke

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ahangayikishijwe n’uburyo abakinnyi b’umupira w’amaguru bo muri Afurika bakinira mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi, bakorerwa ivangura, bagaterwa imineke. Ni ikibazo Umukuru w’Igihugu yavugiye mu Nteko Rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, iri kubera i Kigali kuri uyu wa 16 Werurwe 2023. Perezida Kagame yavuze ko politiki mbi iri […]

Inkubi y’umuyaga yiswe Freddy imaze guhitana abasaga 300 mu gihe Mozambique ikomeje kubara

Umubare w’abantu bamaze gupfa bazize inkubi y’umuyaga yiswe Freddy umaze kurenga abantu 300 mu gihe kubara imirambo bikomeje kwiyongera, abayobozi bo muri Mozambike bo bakaba bihaye iminsi itari mike kugira ngo basuzume urugero rw’ibyangiritse ndetse n’abapfuye . Iyi nkubi y’umuyaga ikabije yanyuze muri Afurika y’amajyepfo muri weekend ku nshuro ya kabiri nyuma y’inshuro ya mbere […]

Uwayoboye HRW abona ubuzima bwa Putin buzarangirira muri gereza

Kenneth Roth wayoboye umuryango HRW uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu kuva mu mwaka w’1993 kugeza mu 2022 abona ubuzima bwa Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, bushobora kuzangirira muri gereza. Ni nyuma y’aho abari mu buyobozi n’abahoze mu buyobozi bw’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, batangarije ko u Burusiya bushobora gutangira gukurikiranwa kubera intambara bwashoje kuri Ukraine muri Gashyantare 2022. […]

BAL 2023: REG BBC yakatishije itike y’imikino ya nyuma

frs_repxgaarek_.jpg

Nshobozwa yafashije REG BBC ihagarariye u Rwanda gutsinda AS Dounes yo muri SĂ©nĂ©gal amanota 69 kuri 55 mu mikino y’irushanwa Nyafurika muri Basketball iri kubera i Dakar muri SĂ©nĂ©gal, ihita inakatisha itike y’imikino ya nyuma izabera mu Rwanda. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Werurwe, mbere gato y’umukino wahuje REG BBC […]

UCL: Real Madrid yongeye gutoneka Liverpool, Napoli ikomeza kwitwara neza

frs1lwuwiaekpwx.jpg

Real Madrid yongeye gusubira Liverpool iyitsinda igitego 1-0 bituma ikomeza muri ÂĽ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League, mu gihe Napoli yo mu Butaliyani na yo yasezereye Eintrancht Frankfurt yo mu Budage. Real Madrid yari yakiriye Liverpool kuri Estadio Santiago BernabĂ©u mu mu mukino wo kwishyura waje ukurikira uwo Real yabatsindiyemo iwabo ibitego 5-2 […]

Ingabo z’u Burundi zatangiye kugenzura bimwe mu bice M23 yari yarafashe muri Masisi

Ingabo z'u Burundi zahawe inshingano yo kugenzura ibice M23 yari yarafashe muri Masisi

Ingabo z’u Burundi zibarizwa mu mutwe w’ingabo w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACRF, zatangiye kugenzura bimwe mu bice byari byarafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi. Ibi bice ni Sake, Busangara, Kingi, Kabati na Kilolirwe. Zatangiye kubigenzura nyuma y’uruzinduko ubuyobozi bwa EAC burimo komanda Maj. Gen. Jeff Nyagah bwahagiriye kuri uyu wa 14 […]

Uburyo bworoheje bwo kugabanya umuvuduko ukabije w’amaraso bidasabye ko kugana ivuriro

Umuvuduko ukabije w’amaraso ushobora kwangiza umutima mu gihe runaka. Uburyo bwo kugabanya iyi ndwara, harimo gukora imyitozo ngororamubiri isanzwe, guhindura imirire ndetse n’izindi. Iyo utagenzuwe, umuvuduko ukabije w’amaraso bishobora gutera ibyago byo kurwara umutima ndetse ukagira n’ikibazo ku bwonko. Nk’uko Medicalnewstoday.com ibitangaza, dore uburyo bworoheje wakoresha, ukagabanya umuvuduko ukabije w’amaraso bidasabye ko ujya kwa muganga. […]

Kenya: Raia wa Ujerumani mwenye umri wa miaka 80 aliuawa nyumbani kwake

Raia wa Ujerumani alipatikana ameuawa nyumbani kwake Olodokilani Kajiado Magharibi nchini kenya . Mwili wa Wilko Milicinovic, 80, ulipatikana kwenye dimbwi la damu Jumanne na mfanyakazi wake, polisi walisema. Mwili ulikuwa umefungwa kwenye kitanda chake. Jicho lake la kushoto lilikuwa limeng’olewa na alikuwa na majeraha makubwa kichwani. Polisi walisema wauaji hao walivamia nyumba yake na […]