Musanze: Umuturage ari mu gihombo cya Frw miliyoni 40 avuga ko yatewe n’ubuyobozi

Amazi yuzura mu byuzi bya Mushengezi, agatwara amafi ye

Umuturage witwa Mushengezi Jean DamascĂšne utuye mu mudugudu wa Mpenge, akagari ka Mpenge, umurenge wa Muhoza arasaba Urwego rw’Umuvunyi ko yarenganurwa, agakurwa mu gihombo cya miliyoni 40 ahamya ko yatewe n’ubuyobozi bw’akarere ka Musanze. Nk’uko abivuga, ngo ni igihombo yagize nyuma yo kugirana amasezerano n’ubuyobozi bw’akarere akora umushinga w’ubworozi bw’amafi, bumukodesha igishanga. Avuga ko yatangiye […]

UN yamaganye bikomeye Abatalibani babujije abagore kuyikorera

Umuryango w’Abibumbye (UN) wamaganye wivuye inyuma ubutegetsi bw’Abatalibani nyuma y’aho bubujije abagore abagore bo muri Afghanistan kuwukorera. Kuri uyu wa 4 Mata 2023, Leta y’Abatalibani yatangaje ko abagore bo muri Afghanistan basanzwe bakorera UN bagomba kubihagarika. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’uyu muryango, StĂ©phane Dujarric. Dujarric mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 5 […]

Gicumbi: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umugore ushinjwa kwica umwana w’umugabo we

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 04 Mata 2023, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 30 y’amavuko, ukurikiranyweho kwica umwana w’umugabo we yareraga w’imyaka 6 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza, Umudugudu wa Kibeho, aho yamukubise isuka mu mutwe yamara kumwica akamutaba mu rutoki […]

Rusizi: Umurambo w’umusore bikekwa ko yishwe n’inzoga wasanzwe mu muhanda

Mu masaa munani y’igicuku zishyira uyu wa 4 Mata ni bwo abanyerondo basanze mu muhanda wo mu mudugudu wa Kannyogo, akagari ka Kamashangi, umurenge wa Kamembe mu mujyi wa Rusizi, umurambo w’umusore w’imyaka 27 witwaga Nsengiyumva Evariste, bigakekwa ko yaba yishwe n’inzoga nk’uko ibimenyetso by’ibanze bamusanganye byabigaragazaga, nubwo iperereza rikomeje ngo hamenyekane nyir’izina icyamwishe. Uwahaye […]

Rwanda and IMF reached agreement on review of new resilience facility loan

Rwanda government officials and the International Monetary Fund (IMF) mission team have, on tuesday, reached a staff-level agreement on successful implementation of the economic and financial policies that were required to complete the first reviews under both the Policy Coordination instrument (PCI) and the Resilience and Sustainability Facility (RSF). The agreement, which is subject to […]

Uganda denies negotiating with DRC on behalf of M23

Kampala rejects the allegations conveyed on social networks according to which he is negotiating with Kinshasa on behalf of the M23 rebels, who occupy some localities in the province of North Kivu . Yoweri Museveni’s country speaks of a “hoax” by peace critics with the intention of distracting the public from ongoing bilateral achievements. “Uganda […]

Ruto salue le rÎle du Rwanda dans la résolution de la crise sécuritaire en RD Congo

Le prĂ©sident William Ruto du Kenya a fĂ©licitĂ© le prĂ©sident Paul Kagame et le Rwanda pour leur comprĂ©hension et leur contribution «  inestimables  » à  la rĂ©solution de la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RD Congo . Il a dĂ©clarĂ© cela en s’adressant aux mĂ©dias lors d’une confĂ©rence de presse conjointe, dans le cadre […]

Perezida Kagame yatunguye Ruto mu ruhame, amukorera ibidasanzwe

Perezida Kagame ubwo yashyikirizaga Ruto ikirahuri cy'amazi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatunguye mugenzi we uyobora Kenya, William Samoei Ruto, imbere y’abanyamakuru, amukorera ikintu kidasanzwe kigaragara ku Mukuru w’Igihugu. Perezida Ruto uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, yageze i Kigali kuri uyu wa 4 Mata 2023, yakirwa bwa mbere na Minisitiri Dr Vincent Biruta ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, nyuma yakirwa na Perezida Kagame […]

Ishyamba si ryeru muri OIF: Canada yagabanyije inkunga yageneraga umuryango

Canada yagabanije miliyoni 3 z’amadorali ku nkunga yageneraga Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) nyuma y’ubushakashatsi bw’imbere mu muryango ku bijyanye n’akazi ndetse n’ibyemezo byinshi bitavugwaho rumwe by’Umunyamabanga Mukuru, Louise Mushikiwabo . Mu ibaruwa yo ku itariki ya 2 Mata yabonwe n’Ibiro Ntaramakuru QMI, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Canada, MĂ©lanie Joly, yamaganye ibintu avuga ko […]

Gen. Chirimwami yashinje umwe mu bo bareganwa gutanga Bunagana gushaka kumwica

Ku nshuro ya gatatu, Brig. Gen. Chirimwami wa FARDC yitaba urukiko, mu iburanisha ryabaaye mu muhezo kuri uyu wa Kabiri, uyu mu ofisiye yakomeje gutuza no guhagarara ku buhamya yatanze imbere y’urukiko ku bijyanye n’ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana wigaruriwe na M23 muri Kamena umwaka ushize . Chirimwami watunzwe intoki n’abasirikare babiri bakuru ba FARDC (Colonel […]

IMF n’u Rwanda byumvikanye ku gusuzuma ibijyanye n’inguzanyo nshya

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 4 Mata, Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari cyatangaje ko cyageze ku msezerano yo ku rwego rw’abakozi n’u Rwanda kuri politiki ikenewe kugira ngo harangizwe isuzuma rya mbere ry’inguzanyo ya miliyoni 319 z’amadolari y’Amerika igenewe u Rwanda binyuze mu kigo gishya cya IMF cyo kwigira n’iterambere rirambye (RSF) . Aya masezerano agomba gusuzumwa […]

Afurika y’Epfo: Inteko iratabariza igisirikare cy’igihugu

Komisiyo ishinzwe ingabo mu nteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo yatabarije igisirikare cy’iki gihugu, SANDF, igaragaza ko kiri mu marembera mu gihe haba hatagize igikorwa byihuse. Iyi komisiyo, nk’uko ikinyamakuru News24 cyabitangaje, yagaragaje uburyo umushahara w’abasirikare wongerewe cyane, ariko Leta ntitekereze ku kubaka ubushobozi bw’iki gisirikare mu bijyanye n’ibikoresho n’amahugurwa. Muri raporo yakoze, iyi komisiyo […]

Hari imijyi yo mu Rwanda izasubizwa mu buhinzi

Guverinoma y’u Rwanda irateganya gusubiza ibice bimwe ‘byitwa imijyi’ mu bikorwa by’ubuhinzi no kwemera ko ibikorwa by’ubuhinzi bajya bikorerwa mu bice by’imijyi imwe n’imwe. Nk’uko Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yabisobanuriye abagize inteko ishinga amategeko kuri uyu wa 3 Mata 2023, ibi bizakorwa mu rwego rwo kubyaza umusaruro ubutaka bwera. Dr Ngirente yavuze kuri iyi […]

Musanze: Abaturage baratabaza kubera ibiza by’amazi yo mu birunga

Uyu ni Mbabajende Jean Pierre

Abaturage bo mu karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu midugudu ya Ruhindinka, akagari ka Buruba n’abo mu mudugudu wa Bubandu mu kagari ka Bukinanyana hose ho mu murenge wa Cyuve baratabaza kubera ibiza byatewe n’amazi yo mu birunga yatewe n’imvura yaguye ku mugoroba wo ku wa 3 Mata 2023 ikangiza inzu nyinshi n’imyaka y’abaturage. Ubwo […]

Minisitiri w’Intebe aremeza ko amanyanga ari yo atuma abahinzi b’umuceri badahabwa uwo kurya

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yemeje ko amanyanga ari muri zimwe mu mpamvu nyamukuru zituma amakoperative y’abahinzi b’umuceri mu bice bitandukanye by’igihugu abima uhagije wo kurya. Ibi yabivuze kuri uyu wa 3 Mata 2023 ubwo yari imbere y’abadepite n’abasenateri bagize inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, abasobanurira ibyo guverinoma iri gukora mu rwego rwo guteza imbere […]

UNESCO mu rugamba rwo gukundisha abakobwa b’Abanyarwanda ikorababuhanga

Dr Habimana ushinzwe ubumenyi n'ikoranabuhanga muri Minisiteri y'uburezi

Kuva kera na kare, imyumvire y’umuryango nyarwanda yahoze ikumira abana b’abakobwa, ibaheza kuri bimwe bikorwa na basaza babo birimo no kwiga amashuri y’imyuga, ubumenyi (science), ubugenge ahubwo bagashishikarizwa kwiga ubuganga, ubwarimu, ubudozi, kurera abana, guteka n’ibindi byaganishaga ku gupfobya ubushobozi bwabo. Nk’uko Isi ya none isigaye igendana n’ikoranabuhanga, ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi n’umuco […]

Putin yirukanye undi General kubera Ukraine

Perezida w’u Burusiya akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’iki gihugu, Vladimir Putin, yirukanye General Rustam Muradov uri mu bari bagaba b’ibitero muri Ukraine. Nk’uko ikinyamakuru Moscow Times cyo mu Burusiya kibivuze, Gen. Muradov yirukanwe nyuma y’aho ingabo yayoboraga zigabye ibitero ku za Ukraine mu gace ka Vuhledar, ibifaru byazo birenga 10 bigatwikwa. Bamwe mu bakorera muri […]

Uganda irahakana gushyikirana na Kinshasa mu mwanya wa M23

Leta ya Uganda yahakanye gushyikirana n’iya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) mu mwanya w’umutwe witwaje intwaro wa M23. Uwitwa Les MisĂ©rables kuri Twitter yatangaje ko amakuru ari kumva avuga ko Uganda iri kuganira na RDC mu mwanya wa M23, kandi ngo bikaba bishoboka ko ari yo mpamvu Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya […]

Uko pasiporo ya Perezia Salva Kiir yatowe mu giturage cyo muri Kenya

Cyagombaga kuba ari ku Cyumweru gisanzwe ku itariki ya 19 Ukuboza 1993, ku baturage bo mu giturage cya Sawmill cyo muri Kenya mu gace ka Ainabkoi hagati y’Intara za Uasin Gishu na Baringo ariko abaturage ntibari biteze kubona ibyabaye uwo munsi . Saa kumi n’imwe za mu gitondo, indege yaguye muri icyo giturage. Imbaga y’abantu […]

Gen. Chirimwami mu rukiko muri dosiye akurikiranwemo uruhare mu ifatwa rya Bunagana

Gen. Major Chirimwami guhera kuwa Gatanu arimo kwitaba urukiko nk’umutangabuhamya muri dosiye y’abasirikare babiri bakuru ba FARDC bakurikiranweho uruhare mu ifatwa ry’Umujyi wa Bunagana . Bivugwa ko Gen. Chirimwami yaba yarahaye amabwiriza abo ba komanda ba regiment ya 3307 n’iya 3412, zakoreraga ahitwa Gisiza na Bunagana, yo gusubiza ingabo inyuma zikajya Chengeero, ngo ari nabyo […]

Rusizi: Abahinzi b’umuceri barataka igihombo gikomeye

Barasaba gufashwa byihuse cyane cyane kubona indi mbuto

Abahinzi b’umuceri mu kibaya cya Bugarama, mu karere ka Rusizi, ba koperative Ejo Heza Muhinzi w’Umuceri (KEHMU) barataka igihombo gikomeye n’ubwoba bw’inzara, bitewe n’ibiza biherutse kubibasira bikangiza hegitari zirenga 20 zari ziteyeho umuceri n’izindi 50 zari zimaze gutunganywa ngo uterwe, hakanangirika toni zirenga 10 z’uwari warasaruwe utegereje kugurishwa. Ibi biza byabateye ku manywa y’ihangu yo […]

Finland irinjira muri NATO mu masaha ari imbere

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ubwirinzi w’ibihugu bihuriye ku nyanja ya Atlantic (NATO), Jens Stolternberg, yatangaje ko Finland iraba umunyamuryango mushya kuri uyu wa 4 Mata 2023. Nk’uko BBC News ibivuga, Stolternberg yabitangarije i Brussels kuri uyu wa 3 Mata, agira ati: “Turazamura ibendera rya Finland ku cyicaro cya NATO ku nshuro ya mbere. Uraba ari umunsi […]

SuĂšde: Byiringiro Lague yaravunitse

Lague aheruka gukina umukino Sandvikens yanganyijemo na Pitea ibitego 2-2

Rutahizamu w’Amavubi na Sandvikens IF yo muri SuĂšde amaze ibyumweru bibiri adakina kubera imvune yakuye mu mukino wa mbere yakiniye iyi kipe yo ku mugabane w’Uburayi. Ikinyamakuru The New Times kivuga ko Byiringiro yavunikiye mu mukino w’imyiteguro ya shampiyona Sandviken yahuyemo na Pitea tariki ya 19 Werurwe 2023. Biteganyijwe ko uyu Munyarwanda azasubira mu kibuga […]

Sahel: Algeria ntikozwa kohereza ingabo z’amahanga mu karere hitwajwe iterabwoba

Kuri iki Cyumweru, itariki 2 Mata 2023, Umuyobozi w’Ingabo za Algeria, Lt.Gen. Said Chengriha, yongeye gusubiramo ko igihugu cye kitazemera ingabo zose z’amahanga zakoherezwa mu karere giherereyemo hitwajwe kurwanya iterabwoba . Mu ijambo rye, Gen. Chengriha yagize ati: “Algeria yanze uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kwivanga kw’amahanga mu karere hitwajwe kurwanya iterabwoba kuko ari […]

Kagame réélu président du FPR-Inkotanyi

Le prĂ©sident Paul Kagame a Ă©tĂ© réélu prĂ©sident du parti au pouvoir, le FPR-Inkotanyi, lors du 16e congrĂšs national qui s’est tenu au siĂšge du parti à  Rusororo, le dimanche 2 avril. Kagame a Ă©tĂ© secondĂ© comme candidat par la sĂ©natrice Marie-Rose Mureshyankwano, qui a dĂ©clarĂ© que le premier a fait ses preuves en tant […]

Uko ibyamamare byabujije Perezida Kagame kuyobora u Rwanda

Perezida Paul Kagame yasobanuye uko itsinda ry’ibyamamare 12 bizwi ku Isi byarimo abayobozi batandukanye ryaje i Kigali, rikamusaba kutiyamamariza kuyobora u Rwanda mbere y’amatora yabaye muri Kanama 2017. Ubwo yaganiraga n’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi kuri uyu wa 2 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko ibi byamamare byamugezeho saa tanu z’amanywa mu mwaka w’2016, biturutse ‘i […]

Lt. Gen. Hamuli wayoboye Operation Amani Leo yo guhiga FDLR yasezerewe

Lt Gen. DieudonnĂ© Hamuli, wahoze ari umuyobozi wungirije w’igisirikare cya za Congo wagizwe Komiseri Mukuru wa polisi mu 2017, yoherejwe mu kiruhuko cy’izabukuru . Iteka rya perezida ryerekeye ikiruhuko cy’izabukuru muri Polisi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryasomwe ku wa Gatandatu, itariki ya 01 Mata 2023 kuri antene ya Radiyo na Televiziyo by’igihugu cya […]

Chelsea igeze aharindimuka yirukanye umutoza

Ikipe ya Chelsea FC yamaze gutandukana na Graham Potter wari umutoza wayo mukuru, nyuma y’igihe yitwara nabi muri shampiyona y’Abongereza. Iyi kipe y’i Londres yirukanye uyu mutoza wari uyimazemo amezi arindwi yonyine, mu gihe muri Nzeri umwaka ushize ari bwo yari yaramusinyishije amasezerano y’imyaka itanu. Mu mikino 22 yari amaze kuyitoza irindwi muri yo yonyine […]

Minisitiri Braverman abona impunzi zapfiriye mu Rwanda mu 2018 zitaba impamvu yo kutakira abimukira

Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, Suella Braverman, yatangaje ko impunzi z’Abanyekongo zapfiriye mu Rwanda ubwo zari mu myigaragambyo mu karere ka Karongi mu mwaka w’2018 zitaba impamvu y’uko rutakwakira abimukira. Minisitiri Braverman yabitangarije umunyamakuru Laura Kuenssberg wa BBC wari umaze kumwereka amashusho y’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, ryemeza ko izi mpunzi zarashwe n’abapolisi […]

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

downloadfile.jpg

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa n’inkiko zo muri Amerika no mu Busuwisi kubera urubanza rwo gusebanya ku muntu w’umuhanzi wo muri Cameroun . Umukobwa wa Perezida wa Cameroun yongeye kuba intandaro y’impaka, aho bivugwa ko muri Amerika no mu Busuwisi hatanzwe ikirego kimurega. Uwatanze ikirego, ni umugore […]

Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Umutwe w’igisirikare cyigenga (uw’abacancuro) wa Wagner Group PMC urigamba gushobora kugarura amahoro n’umutekano ku mugabane wa Afurika kurusha uko Leta zunze ubumwe za Amerika zabigenje. Nk’uko ikinyamakuru DW cyo mu Budage kibivuga, Yegveny Prigozhin washinze uyu mutwe yandikiye Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken, amubwira ko gahunda y’igihe kirekire y’igihugu cye n’inshuti yo kugarura amahoro n’umutekano […]

Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe

Ndayishimiye yabwiye urubyiruko ko Rufyiri ari umunebwe

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagaragaje ko umuyobozi w’umuryango OLUCOME urwanya ruswa no kunyereza umutungo, Gabriel Rufyiri, ari umunebwe. Ku wa 24 Werurwe 2023 ubwo yayoboraga umuhango wo kwizihiza umunsi mukuru w’urubyiruko wabereye mu ntara ya Gitega, Perezida Ndayishimiye yavuze ko Rufyiri ari umuntu uhora yicaye, ntafashe igihugu kurwanya ubukene. Yagize ati: “Hari abantu biyicariye […]

U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibifaru yari imaze iminsi isaba

Minisiteri y’ingabo y’u Budage iravuga ko icyiciro cya mbere cy’ibifaru kabuhariwe bya Leopard 2 bivuye mu Budage cyoherejwe muri Ukraine. Ibifaru 18 bigezweho by’ibanze byatanzwe nyuma y’uko abasirikare ba Ukraine bamaze gutozwa kubikoresha. Minisitiri w’ingabo, Boris Pistorius, yatangaje ko azi neza ko ibi bifaru bishobora “gutanga umusanzu ukomeye” ku murongo w’urugamba. Ibindi bifaru biteye imbere […]

RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Werurwe 2023, Umunyamabanga Uhoraho w’ishyaka ry’Abaturage rihranira kongera Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD), yatangaje ko Joseph Kabila ari umukandida wa PPRD n’ihuriro FCC mu matora ya perezida ya 2023. Yashimangiye iki cyemezo avuga ko “Joseph Kabila akiri muto, afite icyerekezo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kandi afite gahunda […]

U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi

Leta y’u Burusiya bwahaye Umuryango w’Abibumbye isezerano ryo kurekura abana bari mu mpamvu ebyiri nyamukuru zatumye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rushyiriraho Perezida Vladimir Putin impapuro zo kumuta muri yombi. Tariki ya 17 Werurwe 2023 ni bwo ICC yashyize hanze impapuro zo guta muri yombi Putin na Maria Alekseyevna Lvova-Belova ushinzwe uburenganzira bw’abana mu biro bye. […]

Ubutinganyi bwatumye Uganda ibwira USA ko atari yo kamara

Guverinoma ya Uganda yahaye Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ubutumwa bukomeye nyuma yo kuyisaba kutabanamira uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina bazwi nk’abatinganyi. Nyuma y’aho abadepite bo muri Uganda batoye itegeko rihana abakora n’abamamaza ubutinganyi, uyu Munyamabanga, Antony Blinken yatangaje ko ribangamira uburenganzira bw’Abagande bose kandi ryatuma inyungu iva mu kurwanya agakoko gatera SIDA. Blinken […]

RDC: M23 yongeye kugaragara mu gace ka Kibirizi yari yaravuyemo

Sosiyete sivile ya Kibirizi muri Sheferi ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru iravuga ko itewe inkeke n’urujya n’uruza rw’inyeshyamba za M23 zongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 23 Werurwe, mu duce twa Kirima, Kibingu, Kabanda na Kibirizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Uyu muryango uravuga ko abantu bari bagiye […]

AU irasabira ATMIS inkunga ya miliyoni 90$ yo gukoresha muri Somalia

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wasabye inkunga ingana na miliyoni 90 z’amadolari yo gutera inkunga ubutumwa bw’amahoro muri Somaliya . Mu ijambo rye, Bankole Adeoye, komiseri wa AU ushinzwe ibibazo bya politiki n’amahoro wasabye inkunga, yavuze ko AMISOM itanga inkunga ikomeye ku gisirikare cya Somaliya mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Adeoye yagize ati: […]

Tshisekedi yaba yitabaje Nicolas Sarkozy ngo amuhurize mu biganiro na Perezida Kagame

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yitabaje Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa ngo amuhurize mu biganiro na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ni Sarkozy uri i Kinshasa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ari kuhagirira kuva ku wa Gatatu. Ikinyamakuru Africa Intelligence kivuga ko uru ruzinduko rwagizwemo uruhare na […]

Rusizi: Umurambo w’umugore utaramenyekana wasanzwe mu ishashi

Umurambo w'uyu mugore wabonetse aha ngaha

Saa kumi n’ebyiri n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa 23 Werurwe, ku nkengero z’umuhanda w’igitaka, iruhande rw’uwa kaburimbo w’ahitwa mu kadasomwa, umudugudu wa Batero, akagari ka Gihundwe, umurenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi, umurambo w’umugore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 25 na 30, wabonywe mu gishashi kinini n’abatambukaga, nyirawo ntaramenyekana. Nk’uko bikubiye mu […]

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Belize (FFB) ryatumiye Perezida Kagame

ffb-president-sergio-chuc-02252023-ffb.webp

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cya Belize (FFB), ??rg?? ?hu?, yatumiye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, mu gihugu cye ubwo yari yitabiriye Kongere ya 73 ya FIFA yateraniye i Kigali kuwa Kane ushize . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, FFB yavuze ko Chuc yatumiye Perezida Kagamemuri Belize abisabwe na Minisitiri w’Intebe, ??hn ?r???ñ?. FFB iti […]

RDC: Urukiko rwasubije Ngwabidje ku mwanya we wa Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu rwafashe icyemezo cyo gushyigikira ThĂ©o Kasi Ngwabidje warwitabaje ashinja Inteko Ishinga Amategeko y’intara “kutubahiriza amategeko” mu gufata icyemezo cyo kumuhagarika ku mirimo ye nka Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo . Ni ku nshuro ya kane ThĂ©o Kasi Ngwabidje yirukanwe ku mirimo […]

ICC ihangayikishijwe n’iterabwoba ry’u Burusiya ryo kuyirasaho misile

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwagaragaje ko ruhangayikishijwe n’iterabwoba ryaturutse mu Burusiya nyuma yo gusohora impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin . Kuri uyu wa Gatatu, ICC yatangaje impungenge zayo nyuma y’uko uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, akangishije kuzakubitisha misile za hypersonic uru rukiko, rukurikirana ibyaha by’intambara rufite icyicaro i La Haye. […]

U Burusiya bwahaye ishimwe abapilote bahanuye ‘drone’ ya USA

Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya, General Sergei Shoigu, kuri uyu wa 22 Werurwe yahaye imidali y’ishimwe abapilote babiri ba Sukhoi Su-27 bahanuye akadege katagira abapilote ka Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu cyumweru gishize. Iri shimwe bariherewe mu gikorwa cyayobowe na Minisitiri Shoigu cyo gushimira abasirikare barwaniye u Burusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine […]

U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg kishe abantu muri Tanzania

Nyuma y’ahoTanzaniya yemeje bwa mbere ko icyorezo cya Marburg cyinjiye mu gihugu ndetse kuri uyu wa Gatatu ikaba yari imaze guhitana abantu batanu mu munani bayanduye, u Rwanda rwizeye ko iki cyorezo kitazapfa kwinjira mu gihugu kuko aho cyagaragaye mu baturanyi ari kure y’u Rwanda nubwo rwafashe ingamba zo kugikumira . Iki cyorezo cyamenyekanye nyuma […]

Cristiano yashimagije shampiyona ya Saudi Arabia, ayigereranya n’izikomeye i Burayi

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukomoka muri Portugal yashimagije shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru muri Saudi Arabia, ayigereranya n’izikomeye zo ku mugabane w’Uburayi. Mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo yari mu myiteguro yo gushaka itike y’irushanwa ry’amakipe y’ibihugu by’i Burayi, Euro 2024, yabajijwe uko yakiriye kuva muri shampiyona yo mu Bwongereza iri ku mwanya wa mbere mu […]

Abagaba bakuru b’ingabo zo muri EAC barongera bahurire i Bujumbura

Kuri uyu wa 23 n’uwa 24 Werurwe 2023, abagaba bakuru b’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), barongera bahurire i Bujumbura mu nama yibanda ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repulika ya demukarasi ya Congo. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko aba bagaba bakuru baraba basuzume intambwe imaze guterwa mu gukemura ikibazo […]

USA n’u Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu kubera itegeko rihana abatinganyi

Leta zunze ubumwe za Amerika n’u Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu nyuma y’aho abagize inteko ishinga amategeko yayo bemeje ishyirwaho ry’itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina igifungo kuva ku myaka 10. Kuri uyu wa 21 Werurwe 2023 ni bwo abadepite bo muri Uganda bemeje iri tegeko, nyuma y’iminsi myinshi bamwe muri bo guhera ku babayoboye […]

Min. Munyangaju abona ‘abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije BĂ©nin kurusenya no kurusebya

Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, avuga ko abanyamakuru bo mu Rwanda bafashije BĂ©nin gusenya no gusebya igihugu, ubwo yasabaga impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ko ikipe yayo yakwemererwa kutazakinira kuri sitade mpuzamahanga ya Huye. Inkuru y’uko ikipe y’umupira w’amaguru ya BĂ©nin yanze kuzakinira kuri sitade ya Huye mu mukino yari izakirirwamo n’Amavubi tariki […]

Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali

Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]

SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe

Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nk’uko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]

OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two

The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from QuĂ©bec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]

Ethiopia: TPLF yakuwe bidasubirwaho ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba

Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia kuri uyu wa 22 Werurwe 2023 yakuye abarwanyi ba TPLF yo muri Leta ya Tigray ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba ikorera muri iki gihugu. Ni umwanzuro watowe n’abashingamategeko benshi, ugeranyije n’abatawushyigikiye, nk’uko byatangarijwe ku rubuga rwa Facebook n’Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia. Iyi nteko yagize iti: “Inteko ishinga amategeko yemeye umwanzuro […]

Umubano wa Algeria na Maroc ugeze ahantu hadafite igaruriro – Perezida Abdelmadjid Tebboune

Umubano wa Algeria na Maroc wageze “ahantu hadafite igaruriro”, nk’uko byatangajwe na Perezida Abdelmadjid Tebboune, nk’ikimenyetso giheruka cyerekana ko umubano mubi ukomeje gufata intera hagati y’ibihugu byombi, byahagaritse umubano ushingiye kuri dipolomasi mu 2021 . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Tebboune aganira na Al Jazeera mu kiganiro, yavuze ko mu gihe yicuza ko umubano wifashe […]

Ingabire ImmaculĂ©e arasaba ubutabera kutazorohereza umusore ‘washishikarije’ abantu gusambanya abana

Uyu ni Tuyisenge uzwi nka Ntama w'Imana kuri Twitter

Ingabire Marie ImmaculĂ©e uyobora umuryango Transparency International International mu Rwanda arasaba ubutabera kutazorohereza umusore witwa Tuyisenge Evariste (Ntama w’Imana) mu gihe rwazamuhamya ibyaha akurikiranweho. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 21 Werurwe urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rutangaje ko rufungiye Tuyisenge kuri sitasiyo yarwo ya Kacyiru, nyuma y’aho, yifashishije konte ye kuri Twitter, ashishikarije abantu […]

La Tanzanie confirme l’Ă©pidĂ©mie de maladie Ă  virus de Marburg, 5 morts

Cinq personnes sont mortes en Tanzanie de la maladie Ă  virus de Marburg Ă  la suite d’une Ă©pidĂ©mie dans la rĂ©gion de Kagera, dans le nord-ouest du pays, a annoncĂ© mardi l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) . Les tout premiers cas de maladie Ă  virus de Marburg dans le pays ont Ă©tĂ© confirmĂ©s aprĂšs […]