Musanze: Umuturage ari mu gihombo cya Frw miliyoni 40 avuga ko yatewe n’ubuyobozi

Umuturage witwa Mushengezi Jean DamascĂšne utuye mu mudugudu wa Mpenge, akagari ka Mpenge, umurenge wa Muhoza arasaba Urwego rw’Umuvunyi ko yarenganurwa, agakurwa mu gihombo cya miliyoni 40 ahamya ko yatewe n’ubuyobozi bw’akarere ka Musanze. Nk’uko abivuga, ngo ni igihombo yagize nyuma yo kugirana amasezerano n’ubuyobozi bw’akarere akora umushinga w’ubworozi bw’amafi, bumukodesha igishanga. Avuga ko yatangiye […]
UN yamaganye bikomeye Abatalibani babujije abagore kuyikorera
Umuryango wâAbibumbye (UN) wamaganye wivuye inyuma ubutegetsi bwâAbatalibani nyuma yâaho bubujije abagore abagore bo muri Afghanistan kuwukorera. Kuri uyu wa 4 Mata 2023, Leta yâAbatalibani yatangaje ko abagore bo muri Afghanistan basanzwe bakorera UN bagomba kubihagarika. Ni amakuru yemejwe nâUmuvugizi wâUmunyamabanga Mukuru wâuyu muryango, StĂ©phane Dujarric. Dujarric mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa 5 […]
Gicumbi: Ubushinjacyaha bwakiriye dosiye y’umugore ushinjwa kwica umwana w’umugabo we
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 04 Mata 2023, Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore wâimyaka 30 yâamavuko, ukurikiranyweho kwica umwana wâumugabo we yareraga wâimyaka 6 yâamavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana ,Akagari ka Mahaza, Umudugudu wa Kibeho, aho yamukubise isuka mu mutwe yamara kumwica akamutaba mu rutoki […]
Rusizi: Umurambo wâumusore bikekwa ko yishwe nâinzoga wasanzwe mu muhanda
Mu masaa munani yâigicuku zishyira uyu wa 4 Mata ni bwo abanyerondo basanze mu muhanda wo mu mudugudu wa Kannyogo, akagari ka Kamashangi, umurenge wa Kamembe mu mujyi wa Rusizi, umurambo wâumusore wâimyaka 27 witwaga Nsengiyumva Evariste, bigakekwa ko yaba yishwe nâinzoga nkâuko ibimenyetso byâibanze bamusanganye byabigaragazaga, nubwo iperereza rikomeje ngo hamenyekane nyirâizina icyamwishe. Uwahaye […]
Rwanda and IMF reached agreement on review of new resilience facility loan
Rwanda government officials and the International Monetary Fund (IMF) mission team have, on tuesday, reached a staff-level agreement on successful implementation of the economic and financial policies that were required to complete the first reviews under both the Policy Coordination instrument (PCI) and the Resilience and Sustainability Facility (RSF). The agreement, which is subject to […]
Uganda denies negotiating with DRC on behalf of M23
Kampala rejects the allegations conveyed on social networks according to which he is negotiating with Kinshasa on behalf of the M23 rebels, who occupy some localities in the province of North Kivu . Yoweri Museveni’s country speaks of a “hoax” by peace critics with the intention of distracting the public from ongoing bilateral achievements. âUganda […]
Ruto salue le rÎle du Rwanda dans la résolution de la crise sécuritaire en RD Congo
Le prĂ©sident William Ruto du Kenya a fĂ©licitĂ© le prĂ©sident Paul Kagame et le Rwanda pour leur comprĂ©hension et leur contribution « inestimables  » Ă Â la rĂ©solution de la crise sĂ©curitaire dans l’est de la RD Congo . Il a dĂ©clarĂ© cela en s’adressant aux mĂ©dias lors d’une confĂ©rence de presse conjointe, dans le cadre […]
Perezida Kagame yatunguye Ruto mu ruhame, amukorera ibidasanzwe

Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, yatunguye mugenzi we uyobora Kenya, William Samoei Ruto, imbere yâabanyamakuru, amukorera ikintu kidasanzwe kigaragara ku Mukuru wâIgihugu. Perezida Ruto uri mu ruzinduko rwâiminsi ibiri, yageze i Kigali kuri uyu wa 4 Mata 2023, yakirwa bwa mbere na Minisitiri Dr Vincent Biruta ushinzwe ububanyi nâamahanga nâubutwererane, nyuma yakirwa na Perezida Kagame […]
Ishyamba si ryeru muri OIF: Canada yagabanyije inkunga yageneraga umuryango
Canada yagabanije miliyoni 3 z’amadorali ku nkunga yageneraga Umuryango Mpuzamahanga wâibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) nyuma yâubushakashatsi bwâimbere mu muryango ku bijyanye n’akazi ndetse n’ibyemezo byinshi bitavugwaho rumwe by’Umunyamabanga Mukuru, Louise Mushikiwabo . Mu ibaruwa yo ku itariki ya 2 Mata yabonwe nâIbiro Ntaramakuru QMI, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Canada, MĂ©lanie Joly, yamaganye ibintu avuga ko […]
Gen. Chirimwami yashinje umwe mu bo bareganwa gutanga Bunagana gushaka kumwica
Ku nshuro ya gatatu, Brig. Gen. Chirimwami wa FARDC yitaba urukiko, mu iburanisha ryabaaye mu muhezo kuri uyu wa Kabiri, uyu mu ofisiye yakomeje gutuza no guhagarara ku buhamya yatanze imbere yâurukiko ku bijyanye nâifatwa ryâUmujyi wa Bunagana wigaruriwe na M23 muri Kamena umwaka ushize . Chirimwami watunzwe intoki n’abasirikare babiri bakuru ba FARDC (Colonel […]
IMF nâu Rwanda byumvikanye ku gusuzuma ibijyanye nâinguzanyo nshya
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 4 Mata, Ikigega Mpuzamahanga cyâImari cyatangaje ko cyageze ku msezerano yo ku rwego rwâabakozi nâu Rwanda kuri politiki ikenewe kugira ngo harangizwe isuzuma rya mbere ryâinguzanyo ya miliyoni 319 zâamadolari yâAmerika igenewe u Rwanda binyuze mu kigo gishya cya IMF cyo kwigira nâiterambere rirambye (RSF) . Aya masezerano agomba gusuzumwa […]
Afurika yâEpfo: Inteko iratabariza igisirikare cyâigihugu
Komisiyo ishinzwe ingabo mu nteko ishinga amategeko ya Afurika yâEpfo yatabarije igisirikare cyâiki gihugu, SANDF, igaragaza ko kiri mu marembera mu gihe haba hatagize igikorwa byihuse. Iyi komisiyo, nkâuko ikinyamakuru News24 cyabitangaje, yagaragaje uburyo umushahara wâabasirikare wongerewe cyane, ariko Leta ntitekereze ku kubaka ubushobozi bwâiki gisirikare mu bijyanye nâibikoresho nâamahugurwa. Muri raporo yakoze, iyi komisiyo […]
Hari imijyi yo mu Rwanda izasubizwa mu buhinzi
Guverinoma yâu Rwanda irateganya gusubiza ibice bimwe âbyitwa imijyiâ mu bikorwa byâubuhinzi no kwemera ko ibikorwa byâubuhinzi bajya bikorerwa mu bice byâimijyi imwe nâimwe. Nkâuko Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente, yabisobanuriye abagize inteko ishinga amategeko kuri uyu wa 3 Mata 2023, ibi bizakorwa mu rwego rwo kubyaza umusaruro ubutaka bwera. Dr Ngirente yavuze kuri iyi […]
Musanze: Abaturage baratabaza kubera ibiza by’amazi yo mu birunga

Abaturage bo mu karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu midugudu ya Ruhindinka, akagari ka Buruba n’abo mu mudugudu wa Bubandu mu kagari ka Bukinanyana hose ho mu murenge wa Cyuve baratabaza kubera ibiza byatewe n’amazi yo mu birunga yatewe n’imvura yaguye ku mugoroba wo ku wa 3 Mata 2023 ikangiza inzu nyinshi n’imyaka y’abaturage. Ubwo […]
Minisitiri wâIntebe aremeza ko amanyanga ari yo atuma abahinzi bâumuceri badahabwa uwo kurya
Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente, yemeje ko amanyanga ari muri zimwe mu mpamvu nyamukuru zituma amakoperative yâabahinzi bâumuceri mu bice bitandukanye byâigihugu abima uhagije wo kurya. Ibi yabivuze kuri uyu wa 3 Mata 2023 ubwo yari imbere yâabadepite nâabasenateri bagize inteko ishinga amategeko yâu Rwanda, abasobanurira ibyo guverinoma iri gukora mu rwego rwo guteza imbere […]
UNESCO mu rugamba rwo gukundisha abakobwa b’Abanyarwanda ikorababuhanga

Kuva kera na kare, imyumvire y’umuryango nyarwanda yahoze ikumira abana b’abakobwa, ibaheza kuri bimwe bikorwa na basaza babo birimo no kwiga amashuri y’imyuga, ubumenyi (science), ubugenge ahubwo bagashishikarizwa kwiga ubuganga, ubwarimu, ubudozi, kurera abana, guteka n’ibindi byaganishaga ku gupfobya ubushobozi bwabo. Nk’uko Isi ya none isigaye igendana n’ikoranabuhanga, ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi n’umuco […]
Putin yirukanye undi General kubera Ukraine
Perezida wâu Burusiya akaba nâUmugaba wâIkirenga wâingabo zâiki gihugu, Vladimir Putin, yirukanye General Rustam Muradov uri mu bari bagaba bâibitero muri Ukraine. Nkâuko ikinyamakuru Moscow Times cyo mu Burusiya kibivuze, Gen. Muradov yirukanwe nyuma yâaho ingabo yayoboraga zigabye ibitero ku za Ukraine mu gace ka Vuhledar, ibifaru byazo birenga 10 bigatwikwa. Bamwe mu bakorera muri […]
Uganda irahakana gushyikirana na Kinshasa mu mwanya wa M23
Leta ya Uganda yahakanye gushyikirana nâiya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) mu mwanya wâumutwe witwaje intwaro wa M23. Uwitwa Les MisĂ©rables kuri Twitter yatangaje ko amakuru ari kumva avuga ko Uganda iri kuganira na RDC mu mwanya wa M23, kandi ngo bikaba bishoboka ko ari yo mpamvu Umuvugizi wa guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya […]
Uko pasiporo ya Perezia Salva Kiir yatowe mu giturage cyo muri Kenya
Cyagombaga kuba ari ku Cyumweru gisanzwe ku itariki ya 19 Ukuboza 1993, ku baturage bo mu giturage cya Sawmill cyo muri Kenya mu gace ka Ainabkoi hagati yâIntara za Uasin Gishu na Baringo ariko abaturage ntibari biteze kubona ibyabaye uwo munsi . Saa kumi n’imwe za mu gitondo, indege yaguye muri icyo giturage. Imbaga y’abantu […]
Gen. Chirimwami mu rukiko muri dosiye akurikiranwemo uruhare mu ifatwa rya Bunagana
Gen. Major Chirimwami guhera kuwa Gatanu arimo kwitaba urukiko nkâumutangabuhamya muri dosiye yâabasirikare babiri bakuru ba FARDC bakurikiranweho uruhare mu ifatwa ryâUmujyi wa Bunagana . Bivugwa ko Gen. Chirimwami yaba yarahaye amabwiriza abo ba komanda ba regiment ya 3307 nâiya 3412, zakoreraga ahitwa Gisiza na Bunagana, yo gusubiza ingabo inyuma zikajya Chengeero, ngo ari nabyo […]
Rusizi: Abahinzi bâumuceri barataka igihombo gikomeye

Abahinzi bâumuceri mu kibaya cya Bugarama, mu karere ka Rusizi, ba koperative Ejo Heza Muhinzi wâUmuceri (KEHMU) barataka igihombo gikomeye nâubwoba bwâinzara, bitewe nâibiza biherutse kubibasira bikangiza hegitari zirenga 20 zari ziteyeho umuceri nâizindi 50 zari zimaze gutunganywa ngo uterwe, hakanangirika toni zirenga 10 zâuwari warasaruwe utegereje kugurishwa. Ibi biza byabateye ku manywa yâihangu yo […]
Finland irinjira muri NATO mu masaha ari imbere
Umunyamabanga Mukuru wâumuryango wâubwirinzi wâibihugu bihuriye ku nyanja ya Atlantic (NATO), Jens Stolternberg, yatangaje ko Finland iraba umunyamuryango mushya kuri uyu wa 4 Mata 2023. Nkâuko BBC News ibivuga, Stolternberg yabitangarije i Brussels kuri uyu wa 3 Mata, agira ati: âTurazamura ibendera rya Finland ku cyicaro cya NATO ku nshuro ya mbere. Uraba ari umunsi […]
SuĂšde: Byiringiro Lague yaravunitse

Rutahizamu wâAmavubi na Sandvikens IF yo muri SuĂšde amaze ibyumweru bibiri adakina kubera imvune yakuye mu mukino wa mbere yakiniye iyi kipe yo ku mugabane wâUburayi. Ikinyamakuru The New Times kivuga ko Byiringiro yavunikiye mu mukino wâimyiteguro ya shampiyona Sandviken yahuyemo na Pitea tariki ya 19 Werurwe 2023. Biteganyijwe ko uyu Munyarwanda azasubira mu kibuga […]
Sahel: Algeria ntikozwa kohereza ingabo zâamahanga mu karere hitwajwe iterabwoba
Kuri iki Cyumweru, itariki 2 Mata 2023, Umuyobozi w’Ingabo za Algeria, Lt.Gen. Said Chengriha, yongeye gusubiramo ko igihugu cye kitazemera ingabo zose zâamahanga zakoherezwa mu karere giherereyemo hitwajwe kurwanya iterabwoba . Mu ijambo rye, Gen. Chengriha yagize ati: “Algeria yanze uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kwivanga kwâamahanga mu karere hitwajwe kurwanya iterabwoba kuko ari […]
Kagame réélu président du FPR-Inkotanyi
Le prĂ©sident Paul Kagame a Ă©tĂ© réélu prĂ©sident du parti au pouvoir, le FPR-Inkotanyi, lors du 16e congrĂšs national qui s’est tenu au siĂšge du parti Ă Â Rusororo, le dimanche 2 avril. Kagame a Ă©tĂ© secondĂ© comme candidat par la sĂ©natrice Marie-Rose Mureshyankwano, qui a dĂ©clarĂ© que le premier a fait ses preuves en tant […]
Intambara ya 3 y’Isi yose, Papa mushya uzateza ibibazo, ihungabana ry’ubukungu – Ubuhanuzi bwa 2023

Mu myaka hafi 500 ishize, Michel de Nostradame uzwi ku izina rya Nostradamus, yasohoye igitabo cye kizwi cyane cyitwa Les ProphĂ©ties, gikubiyemo ubuhanuzi 942 bigaragara ko buhanura ejo hazaza. Igitabo cyahanuye ibintu biteye ubwoba ku Ntambara ya Kabiri y’Isi Yose, kuzamuka kwa Hitler ku butegetsi, na Revolution y’Abafaransa, kandi ibyinshi mu byo yahanuye byabaye impamo […]
Uko ibyamamare byabujije Perezida Kagame kuyobora u Rwanda
Perezida Paul Kagame yasobanuye uko itsinda ryâibyamamare 12 bizwi ku Isi byarimo abayobozi batandukanye ryaje i Kigali, rikamusaba kutiyamamariza kuyobora u Rwanda mbere yâamatora yabaye muri Kanama 2017. Ubwo yaganiraga nâabanyamuryango ba FPR Inkotanyi kuri uyu wa 2 Mata 2023, Perezida Kagame yavuze ko ibi byamamare byamugezeho saa tanu zâamanywa mu mwaka wâ2016, biturutse âi […]
Lt. Gen. Hamuli wayoboye Operation Amani Leo yo guhiga FDLR yasezerewe
Lt Gen. DieudonnĂ© Hamuli, wahoze ari umuyobozi wungirije w’igisirikare cya za Congo wagizwe Komiseri Mukuru wa polisi mu 2017, yoherejwe mu kiruhuko cyâizabukuru . Iteka rya perezida ryerekeye ikiruhuko cy’izabukuru muri Polisi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryasomwe ku wa Gatandatu, itariki ya 01 Mata 2023 kuri antene ya Radiyo na Televiziyo by’igihugu cya […]
Chelsea igeze aharindimuka yirukanye umutoza
Ikipe ya Chelsea FC yamaze gutandukana na Graham Potter wari umutoza wayo mukuru, nyuma y’igihe yitwara nabi muri shampiyona y’Abongereza. Iyi kipe y’i Londres yirukanye uyu mutoza wari uyimazemo amezi arindwi yonyine, mu gihe muri Nzeri umwaka ushize ari bwo yari yaramusinyishije amasezerano y’imyaka itanu. Mu mikino 22 yari amaze kuyitoza irindwi muri yo yonyine […]
Minisitiri Braverman abona impunzi zapfiriye mu Rwanda mu 2018 zitaba impamvu yo kutakira abimukira
Umunyamabanga wâu Bwongereza ushinzwe umutekano wâimbere, Suella Braverman, yatangaje ko impunzi zâAbanyekongo zapfiriye mu Rwanda ubwo zari mu myigaragambyo mu karere ka Karongi mu mwaka wâ2018 zitaba impamvu yâuko rutakwakira abimukira. Minisitiri Braverman yabitangarije umunyamakuru Laura Kuenssberg wa BBC wari umaze kumwereka amashusho yâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, ryemeza ko izi mpunzi zarashwe nâabapolisi […]
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa nâubutabera bwa Amerika nâu Busuwisi

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa n’inkiko zo muri Amerika no mu Busuwisi kubera urubanza rwo gusebanya ku muntu w’umuhanzi wo muri Cameroun . Umukobwa wa Perezida wa Cameroun yongeye kuba intandaro y’impaka, aho bivugwa ko muri Amerika no mu Busuwisi hatanzwe ikirego kimurega. Uwatanze ikirego, ni umugore […]
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Umutwe wâigisirikare cyigenga (uwâabacancuro) wa Wagner Group PMC urigamba gushobora kugarura amahoro nâumutekano ku mugabane wa Afurika kurusha uko Leta zunze ubumwe za Amerika zabigenje. Nkâuko ikinyamakuru DW cyo mu Budage kibivuga, Yegveny Prigozhin washinze uyu mutwe yandikiye Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken, amubwira ko gahunda yâigihe kirekire yâigihugu cye nâinshuti yo kugarura amahoro nâumutekano […]
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe

Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagaragaje ko umuyobozi wâumuryango OLUCOME urwanya ruswa no kunyereza umutungo, Gabriel Rufyiri, ari umunebwe. Ku wa 24 Werurwe 2023 ubwo yayoboraga umuhango wo kwizihiza umunsi mukuru wâurubyiruko wabereye mu ntara ya Gitega, Perezida Ndayishimiye yavuze ko Rufyiri ari umuntu uhora yicaye, ntafashe igihugu kurwanya ubukene. Yagize ati: âHari abantu biyicariye […]
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cyâibifaru yari imaze iminsi isaba
Minisiteri yâingabo yâu Budage iravuga ko icyiciro cya mbere cyâibifaru kabuhariwe bya Leopard 2 bivuye mu Budage cyoherejwe muri Ukraine. Ibifaru 18 bigezweho by’ibanze byatanzwe nyuma yâuko abasirikare ba Ukraine bamaze gutozwa kubikoresha. Minisitiri wâingabo, Boris Pistorius, yatangaje ko azi neza ko ibi bifaru bishobora “gutanga umusanzu ukomeye” ku murongo wâurugamba. Ibindi bifaru biteye imbere […]
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 28 Werurwe 2023, Umunyamabanga Uhoraho wâishyaka ryâAbaturage rihranira kongera Kwiyubaka na Demokarasi (PPRD), yatangaje ko Joseph Kabila ari umukandida wa PPRD nâihuriro FCC mu matora ya perezida ya 2023. Yashimangiye iki cyemezo avuga ko “Joseph Kabila akiri muto, afite icyerekezo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kandi afite gahunda […]
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Leta yâu Burusiya bwahaye Umuryango wâAbibumbye isezerano ryo kurekura abana bari mu mpamvu ebyiri nyamukuru zatumye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rushyiriraho Perezida Vladimir Putin impapuro zo kumuta muri yombi. Tariki ya 17 Werurwe 2023 ni bwo ICC yashyize hanze impapuro zo guta muri yombi Putin na Maria Alekseyevna Lvova-Belova ushinzwe uburenganzira bwâabana mu biro bye. […]
Ubutinganyi bwatumye Uganda ibwira USA ko atari yo kamara
Guverinoma ya Uganda yahaye Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ubutumwa bukomeye nyuma yo kuyisaba kutabanamira uburenganzira bwâabaryamana bahuje ibitsina bazwi nkâabatinganyi. Nyuma yâaho abadepite bo muri Uganda batoye itegeko rihana abakora nâabamamaza ubutinganyi, uyu Munyamabanga, Antony Blinken yatangaje ko ribangamira uburenganzira bwâAbagande bose kandi ryatuma inyungu iva mu kurwanya agakoko gatera SIDA. Blinken […]
Umoja wa Afrika unaomba karibu $90M kwa kikosi chake cha kulinda amani nchini Somalia
Umoja wa Afrika (AU) umeomba ufadhili wa karibu dola milioni 90 kwa ajili ya ujumbe wake wa kulinda amani nchini Somalia . Katika taarifa yake, Bankole Adeoye, kamishna wa AU wa masuala ya kisiasa na amani ambaye alitoa ombi hilo la ufadhili, alisema Misheni ya Umoja wa Afrika nchini Somalia (AMISOM) inatoa msaada muhimu kwa […]
RDC: M23 yongeye kugaragara mu gace ka Kibirizi yari yaravuyemo
Sosiyete sivile ya Kibirizi muri Sheferi ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru iravuga ko itewe inkeke nâurujya nâuruza rwâinyeshyamba za M23 zongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 23 Werurwe, mu duce twa Kirima, Kibingu, Kabanda na Kibirizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Uyu muryango uravuga ko abantu bari bagiye […]
AU irasabira ATMIS inkunga ya miliyoni 90$ yo gukoresha muri Somalia
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wasabye inkunga ingana na miliyoni 90 zâamadolari yo gutera inkunga ubutumwa bwâamahoro muri Somaliya . Mu ijambo rye, Bankole Adeoye, komiseri wa AU ushinzwe ibibazo bya politiki nâamahoro wasabye inkunga, yavuze ko AMISOM itanga inkunga ikomeye ku gisirikare cya Somaliya mu kurwanya umutwe wâiterabwoba wa al-Shabaab. Adeoye yagize ati: […]
Le président de la Fédération Bélizienne de Football a invité le Président Kagame au Belize
Tshisekedi yaba yitabaje Nicolas Sarkozy ngo amuhurize mu biganiro na Perezida Kagame
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yitabaje Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa ngo amuhurize mu biganiro na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Ni Sarkozy uri i Kinshasa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ari kuhagirira kuva ku wa Gatatu. Ikinyamakuru Africa Intelligence kivuga ko uru ruzinduko rwagizwemo uruhare na […]
Rusizi: Umurambo wâumugore utaramenyekana wasanzwe mu ishashi

Saa kumi nâebyiri nâigice zâigitondo cyo kuri uyu wa 23 Werurwe, ku nkengero zâumuhanda wâigitaka, iruhande rwâuwa kaburimbo wâahitwa mu kadasomwa, umudugudu wa Batero, akagari ka Gihundwe, umurenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi, umurambo wâumugore uri mu kigero cyâimyaka hagati ya 25 na 30, wabonywe mu gishashi kinini nâabatambukaga, nyirawo ntaramenyekana. Nkâuko bikubiye mu […]
Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru muri Belize (FFB) ryatumiye Perezida Kagame

Perezida wâIshyirahamwe ryâUmupira wâamaguru mu gihugu cya Belize (FFB), ??rg?? ?hu?, yatumiye Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, mu gihugu cye ubwo yari yitabiriye Kongere ya 73 ya FIFA yateraniye i Kigali kuwa Kane ushize . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, FFB yavuze ko Chuc yatumiye Perezida Kagamemuri Belize abisabwe na Minisitiri wâIntebe, ??hn ?r???ñ?. FFB iti […]
RDC: Urukiko rwasubije Ngwabidje ku mwanya we wa Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo
Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu rwafashe icyemezo cyo gushyigikira ThĂ©o Kasi Ngwabidje warwitabaje ashinja Inteko Ishinga Amategeko yâintara “kutubahiriza amategeko” mu gufata icyemezo cyo kumuhagarika ku mirimo ye nka Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo . Ni ku nshuro ya kane ThĂ©o Kasi Ngwabidje yirukanwe ku mirimo […]
ICC ihangayikishijwe n’iterabwoba ry’u Burusiya ryo kuyirasaho misile
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwagaragaje ko ruhangayikishijwe nâiterabwoba ryaturutse mu Burusiya nyuma yo gusohora impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin . Kuri uyu wa Gatatu, ICC yatangaje impungenge zayo nyuma yâuko uwahoze ari Perezida wâu Burusiya, Dmitry Medvedev, akangishije kuzakubitisha misile za hypersonic uru rukiko, rukurikirana ibyaha byâintambara rufite icyicaro i La Haye. […]
U Burusiya bwahaye ishimwe abapilote bahanuye âdroneâ ya USA
Minisitiri wâingabo wâu Burusiya, General Sergei Shoigu, kuri uyu wa 22 Werurwe yahaye imidali yâishimwe abapilote babiri ba Sukhoi Su-27 bahanuye akadege katagira abapilote ka Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu cyumweru gishize. Iri shimwe bariherewe mu gikorwa cyayobowe na Minisitiri Shoigu cyo gushimira abasirikare barwaniye u Burusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine […]
U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg kishe abantu muri Tanzania
Nyuma yâahoTanzaniya yemeje bwa mbere ko icyorezo cya Marburg cyinjiye mu gihugu ndetse kuri uyu wa Gatatu ikaba yari imaze guhitana abantu batanu mu munani bayanduye, u Rwanda rwizeye ko iki cyorezo kitazapfa kwinjira mu gihugu kuko aho cyagaragaye mu baturanyi ari kure yâu Rwanda nubwo rwafashe ingamba zo kugikumira . Iki cyorezo cyamenyekanye nyuma […]
Cristiano yashimagije shampiyona ya Saudi Arabia, ayigereranya nâizikomeye i Burayi
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukomoka muri Portugal yashimagije shampiyona yâicyiciro cya mbere mu mupira wâamaguru muri Saudi Arabia, ayigereranya nâizikomeye zo ku mugabane wâUburayi. Mu kiganiro nâabanyamakuru ubwo yari mu myiteguro yo gushaka itike y’irushanwa ry’amakipe y’ibihugu byâi Burayi, Euro 2024, yabajijwe uko yakiriye kuva muri shampiyona yo mu Bwongereza iri ku mwanya wa mbere mu […]
Abagaba bakuru bâingabo zo muri EAC barongera bahurire i Bujumbura
Kuri uyu wa 23 nâuwa 24 Werurwe 2023, abagaba bakuru bâingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC), barongera bahurire i Bujumbura mu nama yibanda ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repulika ya demukarasi ya Congo. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko aba bagaba bakuru baraba basuzume intambwe imaze guterwa mu gukemura ikibazo […]
USA nâu Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu kubera itegeko rihana abatinganyi
Leta zunze ubumwe za Amerika nâu Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu nyuma yâaho abagize inteko ishinga amategeko yayo bemeje ishyirwaho ryâitegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina igifungo kuva ku myaka 10. Kuri uyu wa 21 Werurwe 2023 ni bwo abadepite bo muri Uganda bemeje iri tegeko, nyuma yâiminsi myinshi bamwe muri bo guhera ku babayoboye […]
Min. Munyangaju abona ‘abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije BĂ©nin kurusenya no kurusebya
Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, avuga ko abanyamakuru bo mu Rwanda bafashije BĂ©nin gusenya no gusebya igihugu, ubwo yasabaga impuzamashyirahamwe yâumupira wâamaguru muri Afurika (CAF) ko ikipe yayo yakwemererwa kutazakinira kuri sitade mpuzamahanga ya Huye. Inkuru yâuko ikipe yâumupira wâamaguru ya BĂ©nin yanze kuzakinira kuri sitade ya Huye mu mukino yari izakirirwamo nâAmavubi tariki […]
Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali
Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]
SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe
Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nkâuko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]
OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two
The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from QuĂ©bec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]
Ethiopia: TPLF yakuwe bidasubirwaho ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba
Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia kuri uyu wa 22 Werurwe 2023 yakuye abarwanyi ba TPLF yo muri Leta ya Tigray ku rutonde rwâimitwe yâiterabwoba ikorera muri iki gihugu. Ni umwanzuro watowe nâabashingamategeko benshi, ugeranyije nâabatawushyigikiye, nkâuko byatangarijwe ku rubuga rwa Facebook nâInteko ishinga amategeko ya Ethiopia. Iyi nteko yagize iti: âInteko ishinga amategeko yemeye umwanzuro […]
Umubano wa Algeria na Maroc ugeze ahantu hadafite igaruriro â Perezida Abdelmadjid Tebboune
Umubano wa Algeria na Maroc wageze âahantu hadafite igaruriroâ, nk’uko byatangajwe na Perezida Abdelmadjid Tebboune, nkâikimenyetso giheruka cyerekana ko umubano mubi ukomeje gufata intera hagati y’ibihugu byombi, byahagaritse umubano ushingiye kuri dipolomasi mu 2021 . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Tebboune aganira na Al Jazeera mu kiganiro, yavuze ko mu gihe yicuza ko umubano wifashe […]
Ingabire ImmaculĂ©e arasaba ubutabera kutazorohereza umusore âwashishikarijeâ abantu gusambanya abana

Ingabire Marie ImmaculĂ©e uyobora umuryango Transparency International International mu Rwanda arasaba ubutabera kutazorohereza umusore witwa Tuyisenge Evariste (Ntama wâImana) mu gihe rwazamuhamya ibyaha akurikiranweho. Ni nyuma yâaho kuri uyu wa 21 Werurwe urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rutangaje ko rufungiye Tuyisenge kuri sitasiyo yarwo ya Kacyiru, nyuma yâaho, yifashishije konte ye kuri Twitter, ashishikarije abantu […]
US Monastir yari ifite igikombe cy’ubushize muri BAL yabuze amahirwe yo kuzakinira i Kigali
US Monastir yo muri Tunisia yari ifite igikombe cya shampiyona nyafurika ya Basketball, BAL, giheruka yasezereye muri iri rushanwa nyuma yo gutsindwa na AS Douanes amanota 76 kuri 70 muri Dakar Arena. US Monastir yazamuye icyizere cyo gukina imikino ya nyuma ya BAL ubwo yatsindaga REG ihagarariye u Rwanda amanota 84-79. Gusa uyu mugoroba ntiwabaye […]
La Tanzanie confirme l’Ă©pidĂ©mie de maladie Ă virus de Marburg, 5 morts
Cinq personnes sont mortes en Tanzanie de la maladie Ă virus de Marburg Ă la suite d’une Ă©pidĂ©mie dans la rĂ©gion de Kagera, dans le nord-ouest du pays, a annoncĂ© mardi l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) . Les tout premiers cas de maladie Ă virus de Marburg dans le pays ont Ă©tĂ© confirmĂ©s aprĂšs […]