• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
    Putin yategetse ko Igisirikare cy’u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
    UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
    Twagiramungu wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yapfuye
    Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n’amasasu ya M23
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Uburayi bwisanze mu kaga, Impamvu nyamukuru Ubwongereza bushaka kohereza abimukira i Kigali
    Intambara ya Israel na HAMAS, agatego Vladimir Putin yateze Amerika n’isi yose
    N’abandi bazashukwa, Ivugabutumwa rikwiye guhagurukirwa
    Kuvuga icyo umuyobozi wirukanwe yazize cyangwa akacyivugira byagabanya impuha
    Minisitiri w’ingabo wa RDC ashobora kuzira ubutaka afite i Kigali
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Rwanda: Ubwinshi bw’imanza, gufunga n’ubucucike bikomeje kubera ihurizo ubutabera
    Covid-19: �Nyunganira mwana �, inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y�amahugu arwana n�inzego z�ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z�Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Turabizi ko n’Abagande bafasha M23: Vital Kamerhe
    Kinshasa: Depite aranenga ko Tshisekedi yitwara nk’aho ikibazo cy’u Rwanda na RDC kitazakemuka
    Tshisekedi yifata nk’umwana w’igitambambuga: Major Willy Ngoma
    EU yaburiye RDC ko gukomeza kurwana na M23 ntacyo bizamara
    Inteko ya EAC yatangaje ko itakwivanga mu bibazo by’u Rwanda na RDC
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Njya nitwa umusazi n’ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
    CECAFA: Amavubi U-18 yandagaje Sudani, agera muri ½
    Ronaldinho ategerejwe mu Rwanda
    U Rwanda rwazamutseho imyanya irindwi ruza imbere ku rutonde rwa FIFA
    Champions League: Manchester United yaguye ikuzimu, Arsenal iha Lens umubatizo
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
Aya mafunguro wirinze kuyafata nijoro ugiye kuryama waba wirinze ingaruka zikomeye

ubuzima

Aya mafunguro wirinze kuyafata nijoro ugiye kuryama waba wirinze ingaruka zikomeye

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 20/11/2023 15:22

Abahanga mu mirire bavuga ko hari amafunguro umuntu ashobora gufata nijoro agiye kuryama, ariko ngo hari n’andi yakwirinda kuko agira ingaruka ku buzima.Muri ayo harimo ,,

1.Ibikomoka ku nyama

Harimo nka Sosiso (Saucisson), pâté, kimwe n’amafiriti (chips) n’ibindi nka byo kubera ko biba bifite amavuta menshi bigasaba umubiri gukoresha imbaraga nyinshi kugira ngo igogorwa rikorwe neza, bityo umuntu ntasiznire neza.

2.Ibiryo birimo ibirungo byinshi (Les plats épicés)

Amafunguro arimo ibirungo si byiza kuyafata nijoro kubera ko atera uburibwe mu gifu ndetse no gutumba (kubyimba inda/ballonnements), bigatuma umuntu arara nabi. Ikindi kandi bitera umubiri ubushyuhe na byo bigatuma umuntu adasinzira neza.

3. Ibintu bikonje cyane

Ibintu bikonje cyane kandi biryohereye bikangura ubwonko bigatuma umubiri usa n’ufite imbaraga zo gukomeza gukora bityo umuntu akabura ibitotsi. Ibi birmo nka za Gato (Gateaux), kimwe n’imigati y’isukari.

4. Inyanya n’izindi mboga zimwe na zimwe

Imboga zimwe na zimwe nk’inyanya si byiza kuzirya nijoro kuko zirekura umusemburo wa tyramine, ituma hakorwa undi witwa noradrenaline ugira ingaruka ku igogora ukanatuma ubwonko bukora cyane, bityo ibitotsi bikabura.

Ni kimwe n’imboga zizwi nk’ibibiringanya (ziri mu bwoko bw’intoryi ariko binini bifite ibara rijya gusa na mauve) zikize cyane kuri nicotine ikangura umubiri.

5. Inyama zitukura

Impamvu atari byiza kurya inyama zitukura nijoro, ni uko zikungahaye kuri za poroteyine (proteins) zigora igogora.

Ibi rero bituma habaho gushikagurika mu gihe umuntu asinziriye, agacikirizamo ibitotsi bigatuma abyukana umunaniro.

Mu mwanya wazo, nijoro umuntu yafata andi mafunguro arimo poroteyine zoroshye nk’inyama z’inkoko, dendo cyangwa yawurute (yaourt).

Izindi Nkuru Bijyanye


Niba ugona urasabwa gukora ibi bintu kugirango ubicikeho
Niba ugona urasabwa gukora ibi bintu kugirango ubicikeho
Kenya: Abatarishyura ubwishingizi bw'ubuzima barakumirwa kuri serivizi 11 z'ingenzi
Kenya: Abatarishyura ubwishingizi bw’ubuzima barakumirwa kuri serivizi 11 z’ingenzi
Impamvu umugore utwite akwiye kurya ipapayi
Impamvu umugore utwite akwiye kurya ipapayi

Izindi wasoma

Kenya: Abatarishyura ubwishingizi bw’ubuzima barakumirwa kuri serivizi 11 z’ingenzi

Impamvu umugore utwite akwiye kurya ipapayi

Niba ugona urasabwa gukora ibi bintu kugirango ubicikeho

Icyo wamenya ku ngaruka ziterwa no kogosha insya ku mugore

Niba wafataga aya mafunguro ugiye kuryama umenye ko hari ingaruka urikwikururira

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi

Putin yategetse ko Igisirikare cy'u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
Putin yategetse ko Igisirikare cy’u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000

UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda

Njya nitwa umusazi n'ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
Njya nitwa umusazi n’ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports

Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n'amasasu ya M23
Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n’amasasu ya M23

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
03/12/23 09:25
Rubavu: Abaturage bicishije amabuye umugore bashinja kuba umurozi
Putin yategetse ko Igisirikare cy'u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
02/12/23 17:30
Putin yategetse ko Igisirikare cy’u Burusiya cyongerwamo abasirikare bashya 170,000
UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
02/12/23 16:00
UR yiyamye abakomeje gucira urubanza umunyeshuri wayo wafunzwe akekwaho gukuramo inda
Njya nitwa umusazi n'ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
02/12/23 14:00
Njya nitwa umusazi n’ikigoryi: Umutoza wa Rayon Sports
Amakuru

Kilorirwe yaramukiye mu mabombe ya FARDC n’amasasu ya M23

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
imyidagaduro

Rema yahagaritse ibitaramo byose yagombaga gukora muri uku kwezi

Umuhanzi Rema yahagaritse ibitaramo bye byose yari kuzakora mu Kuboza kugira ngo ashyire (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Zelensky yemeje ko ibitero bya Ukraine bisubiza Ingabo z’u Burusiya nta cyo byagezeho

Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, yemeje ko ibitero Ingabo z’igihugu cye zimaze igihe (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin
ubutabera

Bishop Rwagasana wa ADEPR yakatiwe gufungwa imyaka 7

Urukiko Rukuru Ku wa Kane rwakatiye igifungo cy’imyaka irindwi Bishop Rwagasana Thomas wahoze (...)

Yanditswe na BABOU Bénjamin

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.