• Ahabanza
  • amakuru
    Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
    Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
    Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
    Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
    Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
  • ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
    Rwanda: Igwingirabitekerezo ni ingaruka z’inyigisho nyobokamana
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Tshisekedi yakoze impinduka muri Guverinoma, aha imyanya ikomeye Bemba na Kamerhe
    Perezida Paul Kagame ari i Doha
    Tshisekedi yibasiye u Bwongereza kubera u Rwanda
    Ibintu 3 Gen. Muhoozi yigiye kuri Perezida Kagame
    Perezida wa Tanzania ntashyigikiye ko ingabo za EAC zirasa M23
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    Amavubi ashobora gusubizwa amahirwe yo kwakirira Bénin i Huye?
    Cristiano yashimagije shampiyona ya Saudi Arabia, ayigereranya n’izikomeye i Burayi
    Amavubi y’abakinnyi 10 akuye inota rimwe kuri Bénin
    Min. Munyangaju abona ’abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije Bénin kurusenya no kurusebya
    Mesut Özil yasezeye ku mupira w’amaguru
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Inkuru zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Inkuru zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Legal Stuff
  • Privacy Policy
  • Manage Cookies
  • Terms and Conditions
  • Partners
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.
amakuru

Gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi - Frank Habineza

Mecky Merchiore Kayiranga
Yanditwe na Mecky Merchiore Kayiranga
Yanditswe kuwa 22/05/2021 21:19

Mu nama nyunguranabitekerezo ku mavugurura yifuzwa mu bijyanye n’amatora (Dialogue Meeting on Electroral Reforms in Rwanda ) yabaye kuri uyu wa Gatandatu, Tariki ya 22 Gicurasi 2021, ihuje abarwanashyaka b’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda). Umuyobozi waryo Dr Frank Habineza yavuze ko gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi.

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru Dr Frank Habineza , yavuze ko batangije inama (Dialogue) ijyanye n’amatora mu Rwanda, harimo kureba ibyanozwa mu matora yegereje y’inzego zibanze ndetse no mu myaka iri imbere ubwo hazaba hari amatora y’abadepite n’ay’umukuru w’igihugu.

Yavuze ko harebwaga icyanozwa kugirango amatora yose azajye aba hashingiwe ku mitwe ya politike aho kuba hari abiyamaza ku giti cyabo nyuma bakaza kugaragara bafite amashyaka bahagarariye runaka. Yongeyeho ko kandi n’umubare w’abadepite mu nteko ukwiye kwiyongera maze Abanyarwanda bakaba bahagararirwa neza .

Yagarutse no ku ngingo ya 62 ijyanye n’isaranganya ry’ubutegetsi kuko babona ikwiye itegeko ryihariye mu kugena uko amashyaka agabana imyanya. Avuga kandi ko umubare w’abadepite ubu ushingira ku itegeko ryakozwe muri 2003 nyamara harabayeho ubwiyongere bw’abaturage, bigaragaza ko abaturage badahagarariwe uko bikwiye ugereranyije ni igihe itegeko ryagiriyeho. Bityo bakaba babona ko n’ikibazo cy’ubushobozi kidakwiye kuba imbogamizi kuko n’abasoreshwaga icyo gihe ubu bikubye n’ingengo y’imali y’igihugu yikubye inshuro nyinshi.

Agira ati “itegeko shinga ryemera ko habaho gusangira ubutegetsi bushingiye ku mitwe ya politike , bikwiye kumanuka bikagera no hasi mu nzego z’ibanze no kugera ku turere bishingiye noneho ku itegeko. “

Yakomeje avuga ko mu gusangira ubutegetsi kw’amashyaka no kuba mu nzego zose z’ubuyobozi , abaturage bazabasha no guhagararirwa uko bikwiye. Kuba kandi imitwe ya politike yasangira ubutegetsi uko bikwiye ngo bizagabanya imyuka mibi , kuko mu bintu byajyanye u Rwanda ahabi ari uko habayeho imyuka mibi yo kugundira ubutegetsi.

Frank Habineza agira ati “Habayeho imyuka mibi y’abagundira ubutegetsi havamo ubwicanyi havamo na Jenoside, ni ukuvuga ngo iyo abantu, abanyapolitike babashije gusangira ubutegetsi bigabanya imyuka mibi, bigabanya intambara ndetse bikabaha amajyambere arambye n’umutekano urambye ku gihugu.”

“ Umva nicyo kintu nyamukuru cyane, kuko hari abavuga ngo demokarasi irahenze, none se intambara ntabwo ihenze? Ntabwo demokarasi ihenze, hari n’ibindi bihenze”

Green Party itangaje ibi nyuma y’aho mu minsi yashize humvikanye ubusabe bwayo bwasabaga ko nayo yashyirwa muri Guverinoma y’u Rwanda ikaba yagira Minisitiri cyangwa umuyobozi w’ikigo runaka. Aha umuyobozi w’iri shyaka yatangarije Bwiza.com na Bwiza Tv ko banyotewe no kugira imyanya muri Leta.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Izindi Nkuru Bijyanye


U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Izindi wasoma

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40

Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika

Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe

TAGGED: Business, Money, Motivation, Startup
SOURCES: bwiza.com, BWIZA TV
VIA: BWIZA MEDIA, BWIZA MEDIA
Ruby Staff August 11, 2021
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe
Telegram Follow

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions
- KWAMAMAZA -

Amakuru Agezweho

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Mexico: Inkongi y'umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
Perezida Ndayishimiye abona umuyobozi wa OLUCOME wamusabye kugabanya ibiciro ari umunebwe
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy'ibifaru yari imaze iminsi isaba
U Budage bwahaye Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibifaru yari imaze iminsi isaba
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
RDC: Ishyaka PPRD ryemeje ko Joseph Kabila ari we mukanida waryo mu matora ya 2023
Rusizi: Mukabutera warokotse jenoside aratabaza
Rusizi: Mukabutera warokotse jenoside aratabaza
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
U Burusiya bwatanze isezerano ryo kurekura abana batumye Putin ashyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi
Amavubi ashobora gusubizwa amahirwe yo kwakirira Bénin i Huye?

Biravugwa

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
29/03/23 08:41
Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n'ubutabera bwa Amerika n'u Busuwisi
29/03/23 08:14
Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi
Mexico: Inkongi y'umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
29/03/23 07:52
Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
28/03/23 20:11
Nyiri Wagner Group yandikiye Blinken, amwishongoraho kubera Afurika
amakuru

Paul Rusesabagina arurira indege imujyana muri Amerika kuri uyu wa Gatatu

Nk’uko amakuru aturuka mu nzego za diplomasi agera kuri Africanews abitangaza, ngo biteganijwe (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD
amakuru

Umukobwa wa Perezida Paul Biya ari gushakishwa n’ubutabera bwa Amerika n’u Busuwisi

Brenda Biya, umukobwa wa Perezida wa Cameroun, Paul Biya, aravugwaho kuba arimo gushakishwa (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD
amakuru

Mexico: Inkongi y’umuriro mu kigo gifungirwamo abimukira yahitanye byibuze 40

Abantu benshi bapfuye abandi barakomereka nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ikigo (...)

Yanditawe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.