ANDIKA MUNSI AHAGENEWE IBITEKEREZO (Comments) IBYIFUZO, UMUKUNZI USHAKA UKO YABA AMEZE UNAVUGA UKO UBONEKA TELEPHONE CG EMAIL
MURAKOZE
Izindi Nkuru Bijyanye
Isangize abandi
ANDIKA MUNSI AHAGENEWE IBITEKEREZO (Comments) IBYIFUZO, UMUKUNZI USHAKA UKO YABA AMEZE UNAVUGA UKO UBONEKA TELEPHONE CG EMAIL
MURAKOZE
Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email
1744 Ibitekerezo
havugimana espoir Kuwa 06/12/19
Ndashaka. Umukobwa muremure. Winzobe kandi ufite. Akazi kuko najye ndagafite nkabandumusore 31ans. Habandimuremure najye uwumva yabishobor a yabwira kukonkeneye umugore. Peeee. Uwabishobora twavugana tukabonana murakoze
Subiza ⇾Erneste Kuwa 06/12/19
Nkeneye umukunzi 18-25, imibiri yombi. 0780347220
Subiza ⇾jimmy Kuwa 06/12/19
hello, nge nitwa Jimmy nkeneye umukunzi (umukobwa), nge nkorera Kigali nkeneye umukobwa uri hagati 25_35 warangije kwiga bibaye byiza akaba afite akazi or yikorera ariko afite gahunda , nge mfite 32 years. my number 0783264743
Subiza ⇾NIRINGIYIMANA JEAN DAMASCENE Kuwa 07/12/19
NDASHAKA UMUKUNZI UKO YABA AMEZE KOSE APFA KUBA YUBAHA IMANA
Subiza ⇾NIRINGIYIMANA JEAN DAMASCENE Kuwa 07/12/19
NDASHAKA UMUKUNZI UKO YABA AMEZE KOSE APFA KUBA YUBAHA IMANA
Subiza ⇾Kuwa 06/04/20
Shyiraho contact nkuvugishe
Subiza ⇾Clark Kundani Kuwa 08/12/19
Ndi umusore imyaka 31 ndashaka umukobwa dukundana, winzobe, wize byibuze amashuri 6 yisumbuye, ufite imyaka 25-30 , udafite irari ry’ imitungo ahubwo ufite ibitekerezo by’uko yaboneka. Agomba kuba akunda abantu kandi afite umutima wo gufasha. Agomba kuba yigirira ikizere kandi yizera Imana.
Subiza ⇾jean baptiste hakizimana Kuwa 09/12/19
Ndi umusore mfite 38 ans ,narize mfite masters,ntabyishi ntunze gusa mfite akazi keza pe.Ndifuza umukobwa mwiza uteye neza ufite amagurumeza pe.abaye arinzobe byaba akarusho cg se imibiriyombi ariko mwiza pe.kuba ari hagati ya 25 na 30 ans,kuba yararangije kaminuza iyariyoyose afite akazi cg icyo ashoboye kuba yagira icyo yakora.icyanyuma kuba yaba ready bitarenze June 2020 akarongorwa.plz udafite gahunda ntunkinishe. Wanyandikira kuri bahakis2017@gmail.com naguha numero cg ukampa izawe nkaguhamagara
Subiza ⇾MUHOZA damour Kuwa 10/12/19
nitwa Muhoza damour nkaba mfite imyaka 30 nkaba naranangije kaminuza nkaba mfite akazi kadahemba menshi.nkaba ntuye i kigali ,nshaka umukunzi uzi urukundo icyo aricyo kandi uzi gukora,utirata kandi ukunda imana ,afite imyaka hejuru ya 25 kuzamura kugera kuri 30 aho yaba atuye hose ariko yarize nibura atandatu yisumbuye cyangwa yaba hari umwuga azi byaba ari akarusho.yanyandikira cyangwa akanterefona tugahuza ibitekerezo kuko ndashaka kubaka.tel:0786914212.murakoze ndategereje
Subiza ⇾Rene Kuwa 11/12/19
nyandikira
Subiza ⇾HITAMUNGU JEAN DAMASCENE Kuwa 11/12/19
Nshaka inshuti y’umukobwa , fille mere utarengeje 35 ans ufite nibura A2 mu ishami iryo ariryo ryuse cash si ngombwa apfa kuba azi icyo gukora akunda by’ukuri atari munsi ya 1.60 m z’uburebure abaye umuyumbu byaba ari akarusho atanywa inzoga n’itabi aho yaba asengera hose ukuyemo Abayisiramu. wumva ubyujuje wanyandikira kuri hdamascene@gmail.com cyangwa ukampamagara kuri 0784067238
Subiza ⇾HITAMUNGU JEAN DAMASCENE Kuwa 15/06/20
hdamascene2017@gmail .com
Subiza ⇾Tanga igitekerezo