• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa MoĂŻse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

urukundo

Gukora imibonano ku mugore uri mu gihembwe cya kabiri cyo gutwita biraryoha cyane

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 11/05/2023 17:38

Bisanzwe bimenyerewe ko umugore atwita amezi 9, bisobanuye ko muri ayo mezi iyo uyagabanyije mu bihembwe usanga umugore atwita ibihembwe 3.

Muri ibyo bihembwe byose , umugore ufite umugabo aba yemerewe kuba yakora imibonano mpuzabitsina mu gihe yumva nta nkomyi , yumva afite ubushake.

Mu gihembwe cya mbere ubwo ni ukuvuga amezi atatu ya mbere agisama , usanga akenshi ubuzima bwe butameze neza aho usanga rimwe na rimwe aba afite isesemi, aribwa mu nda, adashaka kurya mbese umubiri we utarirekura neza.Ikindi aba ataragira inda igiye imbere cyane ngo ahure n’umunaniro bitewe no kuba akuriwe kuburyo bishobora kumubuza umutekano.

Iyo umugore utwite amaze kugera mu gihemwe cya kabiri, ni ukuvuga kuva ku kwezi kwa 4 kugeza kuri 6, usanga umubiri we utangiye kwirekura ku buryo iyo akoze imibonano akagera ku ndunduro y’ibyishimo usanga anezerwa kurusha agisama.

Mu gihembwe cya kabiri akenshi usanga abagore benshi aribwo bagira ububobere bwinshi bugafasha igikorwa kugenda neza .Ubushakashatsi bunavuga ko ashobora no kurangiza neza ugereranije na mbere yo gutwita.

Iyo misemburo rero umugore asohoye usanga igira ingaruka nziza no kumwana atwite, kuko biba bifatwa nk’ibiryo umugaburiye.

Ikindi hari abagore, bagira impunge bagira ko mu gihe batwite bagakora imibonano bashobora gukuramo inda mu gihe igitsina cy’umugabo cyinjiye mu cy’umugore.Izo mpungenge nta shingiro zifite kuko imibonano ibera mu nda ibyara kuko igitsina cy’umugabo ntabwo gishobora gukora ku nkondo y’umura.

Icyakora nbirashoboka ko umugore utwite waryamanye n’abagabo batandukanye hakagira umwanduza zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano , icyo gihe izo ndwara zishobora gutuma inda ivamo , naho ubundi imibonano ku mugore utwite iramuryohera cyane. Gusa hari pozisiyo umugore utwite agomba kwirinda tuzazigarukaho.

Izindi Nkuru Bijyanye


Gukura igitsina mu cy'umugore by'akanya gato, kimwe mu bituma umugabo adasohora vuba
Gukura igitsina mu cy’umugore by’akanya gato, kimwe mu bituma umugabo adasohora vuba
Ubushakashatsi bugaragaza iki mu gihe umugore akoze imibonano ari mu mihango?
Ubushakashatsi bugaragaza iki mu gihe umugore akoze imibonano ari mu mihango?
Niba ukunda kurigata mu gitsina cy'umugore dore ibishobora kukubaho
Niba ukunda kurigata mu gitsina cy’umugore dore ibishobora kukubaho

Izindi wasoma

Ubushakashatsi bugaragaza iki mu gihe umugore akoze imibonano ari mu mihango?

Gukura igitsina mu cy’umugore by’akanya gato, kimwe mu bituma umugabo adasohora vuba

Ndi umutinganyi kandi natinye kubibwira umugore wanjye -Nkore iki?

Niba umaze igihe gito ubonye umukunzi mwirinde aya makosa 6

Niba ukunda kurigata mu gitsina cy’umugore dore ibishobora kukubaho

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.