Buri musore wese cyangwa umugabo usanga afite ibice runaka bimukurura ku mubiri w’umukobwa runaka bahuye cyangwa babana muri sosiyete atauyemo.
Ibi ni byo bice 10 by’umubiri ku mukobwa bishobora gukurura abagabo bigatuma amarangamutima yabo azamuka bakaba banabibagaragariza mu ruhame.
10. Ibirenge; abagabo bakunda kwitegereza cyane ibirenge by’abakobwa, ni nayo mpamvu uzasanga igitsinagore kita kuri buri kantu kose ku birenge byabo.
9. Intoki; Ibi uzakunda kubibona akenshi umukobwa akoze ku mugabo cyangwa amusuhuje akamuhereza ikiganza, hari ubwo akigumana akumva atamurekura.
8. Inda; uko inda y’umukobwa iteye nabyo biri mu bintu bikurura abagabo.
7. Amaguru; hari amaguru agaragara nk’afite imbaraga n’andi yorohereye bakunze kwita amaguru y’ibitesi.
6. Umusatsi; abagabo bakunze nanone gukururwa n’imisatsi y’abagore ni nayo mpamvu akenshi uzasanga umugabo asaba umugore we gukoresha umusatsi we bitewe n’ibyifuzo bye.
5. Mu kanwa (Inseko); inseko y’umugore bijyanye no kugira mu kanwa heza, bikurura abagabo cyane cyane iyo ari ya nseko yoroheje benshi bazi ’Kumwenyura’.
4. Amaso; amaso y’umukobwa akurura abagabo ku rwego rukomeye, ku buryo abagabo benshi bifuza umukobwa ufite amaso runaka.
3. Iminwa; bitewe n’uburyo iminwa y’umukobwa iteye, umugabo ashobora kumwiyumvamo ku rwego rwo hejuru ku buryo akenshi binarangira amusabye ko yamubera inshuti.
2. Ikibuno; iyo umusore abonye umukobwa ufite ikibuno giteye uku n’uko ashobora kugira ibyiyumviro bitandukanye muri we bitewe n’imiterere yacyo.
1. Amabere; amabere akurura abagabo ku rwego rwo hejuru ku buryo n’iyo umugabo yifuje kugirana imishyikirano irenze n’umukobwa, uzasanga ahitira gukora ku mabere.
2 Ibitekerezo
Eren Kuwa 08/03/24
Umugabo udasiramuy yakuryohorez?
Subiza ⇾Muhire Kuwa 17/03/24
Yego yakuryohera
Subiza ⇾Kuwa 15/04/24
Umugabo udasiramuye nabwoyakuryohereza
Subiza ⇾Saidi Kuwa 04/08/24
Umugabo usiramuye yaba aryoshye
Subiza ⇾Kuwa 19/06/24
ABATANDUKANYE NUDASIRAMUYE
Subiza ⇾Tanga igitekerezo