• english English
  • english Francais
  • english Swahili
  • Ahabanza
  • Amakuru
    Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
    Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe
    Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro
    Intasi za RDC zasatse urugo rwa MoĂŻse Katumbi
    Burera: Barishyuza rwiyemezamirimo Frw miliyoni 4
  • Ibitekerezo
    IBITEKEREZO Soma izindi
    Yaba ari amahitamo meza u Rwanda rushakiye urubyiruko imirimo mu mahanga?
    Ese koko u Rwanda ni gashozantambara mu karere k’ibiyaga bigari?
    Kuki mu ntambara n’inyeshyamba kenshi za Leta zishyira imbere imirwano kurusha ibiganiro?
    Gufatira mu cyuho uwo mwashakanye asambana bikwiye kuba impamvu yo gutandukana?
    Inkota kirimbuzi iri mu mazina ya gikirisitu
  • Zicukumbuye
    ZICUKUMBUYE Soma izindi
    Covid-19: «Nyunganira mwana », inzira nshya ishora abana mu muhanda
    Kayonza: Mu ntambara y’amahugu arwana n’inzego z’ibanze, Pascal Mutumwa aratabaza Perezida Kagame
    Ibivugwa: Ingabo z’Abafaransa mu batazibagirwa Inkotanyi ahahoze ari Komini Maraba
    Gen. Godefroid Niyombare ari mu yihe mibare?
    Covid-19: Abagore barambiwe akabariro, ibintu bafata nk’ihohoterwa
  • Politiki
    POLITIKI Soma izindi
    Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
    Dr Frank Habineza yahamagariye amahanga kwamagana itegeko rya Uganda rihana abatinganyi
    Dutegereje ibihano by’u Bufaransa ku Rwanda: Muyaya
    Perezida Kagame yaba aherutse kwakira intumwa ya Joseph Kabila
    Perezida Ruto yishongoye kuri Uhuru Kenyatta
  • Imikino
    POLITIKI Soma izindi
    APR FC mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye w’Umugande
    Gacinya na Murangwa Eugène bangiwe kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
    Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere
    Kiyovu Sports yaba igiye kwirukana abakinnyi bayo bose bakomeye ku bwo ’kuyigambanira’
    Umugore wa Messi arimo kumusunikira muri Fc Barcelona
Iyandikishe
Bwiza Bwiza
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Search
  • Ibitekerezo
  • ibyegeranyo
  • Zicukumbuye
  • imikino
  • politiki
  • ubuzima
Dukurikire
  • Francais
  • English
  • Kiswahili
Copyright © 2014-2023 BWIZA MEDIA Ltd.

urukundo

Ndi umutinganyi kandi natinye kubibwira umugore wanjye -Nkore iki?

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Yanditswe kuwa 22/05/2023 18:32

Umukunzi wacu aragisha inama nyuma y’uko yisanze aryamana n’abo bahuje igitsina ariko nanone ntibimubuze kuryamana n’abo batagihuje, aho kuri ubu yatinye kubibwira umugore we kugirango bitamuviramo gusenya.

Yagize ati"Amazina yanjye ntabwo ndibuyavuge ku bw’umutekano wanjye! njya nkurikirana itangazamakuru kandi ndanarikunda kuko ririgisha ari nayo mpamvu mba naryizeye nkagisha inama binyuze muri ryo bityo kugirango mve mu gihirahiro cy’ibibazo ndimo."

Natangiye kuryamana n’abo duhuje igitsina , nkiga mu mashuri y’isumbuye biturutse ku kigare cy’abana b’abanyamugi twiganaga.Ubusanzwe nikundiraga abakobwa cyane nabo bakankunda kuko nari umukinnyi wa Basket, icyo gihe umukobwa wese n’ifuzaga naramubonaga kuko nari icyamamare.

Umunsi umwe umusore w’inshuti yanjye yaranyegereye aba inshuti yanjye tukajyana mu birori, ndetse tukararana no kuburiri.Umunsi umwe nasanze arimo kureba filime muri telefoni ye , ndebye nsanga ari abagabo barimo gukora imibonano na bagenzi babo.

Namubajije impamvu yarimo areba ibintu nkibyo ambwira ko ari we uzi impamvu, yagiye akomeza kuzireba turi kumwe akajya anyereka izasohotse zose noneho nyuma aza kunyerurira ko ari umutinganyi nanjye atangira kunyiyegereza .Umunsi umwe yanjyanye mu birori bibera mu ngo bakunze kwita (House Party),turarya noneho ampa ibintu biryohereye ariko biri mu ishusho y’inzoga atangira kunkorakora ambwira ko tugiye gukora imibonano.

Abari bari aho, nabo buri umwe wese, yabaga afite uwe .Naremeye arabikora ,ubukurikiyeho turongera bitangira ubwo ariko njye sinaretse inkumi nakomeje kuzitereta nza gushaka n’umugore ariko nkomeza no kuba umutinganyi.Nabanye n’umugore ariko nkanyuzamo nkafata nk’ijoro rimwe nkajya kubonana na wa musore cyangwa abandi bashyashya!

Iyo ndikuganira n’umugore wanjye arambwira ngo abantu bamubwiye ko ndi umutinganyi ambazza niba aribyo ndabihakana , ariko ntiyanyurwa ambwira ko agiye gukora ubucukumbuzi yasanga aribyo agahita yigendera akajyana n’umwana wanjye nkunda cyane.

None ndibaza mbimubwire cyangwa mwihorere, ikindi kandi nifuza kubivamo ariko nkabura aho mpera nubwo mbikora ariko nta n’ibyiza nabonyemo.Murakoze

Izindi Nkuru Bijyanye


Dore uko wakwitwara mu gihe ufite ubushake bw'imibonano uwo mwashakanye atabishaka
Dore uko wakwitwara mu gihe ufite ubushake bw’imibonano uwo mwashakanye atabishaka
Ese hari imyaka runaka kubageze mu zabukuru bahagarika imibonano?
Ese hari imyaka runaka kubageze mu zabukuru bahagarika imibonano?
Nkore iki? Naratwise none natwariye umugabo duturanye mpurwa uwanjye
Nkore iki? Naratwise none natwariye umugabo duturanye mpurwa uwanjye

Izindi wasoma

Nkore iki? Naratwise none natwariye umugabo duturanye mpurwa uwanjye

Dore uko wakwitwara mu gihe ufite ubushake bw’imibonano uwo mwashakanye atabishaka

Abanyarwanda bakunda gushyingiranwa n’abafite agatubutse: Ubushakashatsi

Ese hari imyaka runaka kubageze mu zabukuru bahagarika imibonano?

Ubushakashatsi bugaragaza iki mu gihe umugore akoze imibonano ari mu mihango?

Ndacyayisenga Fred
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

3 Ibitekerezo

Bukuru emmanuel Kuwa 01/06/23

Umve rwose ntugaterwe nisoni zo kureka ibibi vamo vuba ngwino usange yesu

Subiza ⇾

eeee Kuwa 01/06/23

uzajye gutura Uganda bazagufasha kubivamo

Subiza ⇾

iganze Kuwa 08/06/23

Ngo ubura aho uhera uva mu butinganyi? Gute se? Ubutinganyi ni amahano, buvemo rwose. Fata icyemezo, ubibwire n’abo mwasangiye ubuyobe, ubasezereho kandi ubirinde utandukane nabo. Niwisenyera urugo, uzabyicuza by’iteka ryose. Wikururira abazagukomokaho umuvumo w’iyo myuka mibi y’ubutinganyi.

Subiza ⇾

Tanga igitekerezo

pre-moderation

This forum is moderated before publication: your contribution will only appear after being validated by an administrator.

Who are you?
Your post
  • *Kwandika mu bika kanda ahanditse Enter. Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa

DUKURIKIRE

Wadusanga kuri izi nkoranya mbaga
Facebook Like
Twitter Follow
Youtube Subscribe

Weekly Newsletter

Iyandikishe ujye ubona amakuru yacu kuri Email

I have read and agree to the terms & conditions

Amakuru Agezweho

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW

Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza

IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6

Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n'umujyanama we
Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

- DUTERE INKUNGA -

Mashya

Kuba Kabuga atazaburana 'ni intege nke z'ubutabera'-HRW
08/06/23 22:31
Kuba Kabuga atazaburana ’ni intege nke z’ubutabera’-HRW
Odinga yahaye Ruto inama z'uburyo yaba umuyobozi mwiza
08/06/23 21:54
Odinga yahaye Ruto inama z’uburyo yaba umuyobozi mwiza
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
08/06/23 19:39
IBUKA irasaba ko imitungo ya Kabuga yakurwamo indishyi ya Frw miliyari ibihumbi 50.6
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
08/06/23 16:09
Ubutegetsi bwa Tshisekedi burashaka gushora RDC mu mvururu: Lamuka
imyidagaduro

Urujijo ku cyatandukanyije Otile Brown n’umujyanama we

Umuhanzi umaze kubaka izina mu muziki wo mu karere Jacob Obunga uzwi nka Otile Brown (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
ubuzima

Museveni yasobanuye uko Covid-19 yamuciye mu rihumye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yemeje ko yanduye icyorezo cya Covid-19, kandi ko byatewe (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD
Amakuru

Mackenzie ushinjwa urupfu rw’abarenga 240 n’agirwa umwere ngo azakomeza afungwe

Muri Kenya Inkuru y’abapfuye bategetswe na Pasiteri Paul Mackenzi ikomeje kuba uruhererekane, (...)

Yanditswe na Ndacyayisenga Fred
Amakuru

Umusirikare w’u Burundi yapfuye atera akabariro

Umusirikare w’u Burundi witwa Dusabeyezu Vianney, yapfiriye muri hoteli iherereye muri komini (...)

Yanditswe na TUYIZERE JD

Bwiza Media is a leading online media company based in Rwanda that provides information and analysis on societal achievements and needs.


Service Dutanga

  • Itangazamakuru
  • Kwamamaza -Advert
  • Dufata amashusho -Video
  • Dutunganya Amashusho
  • Dukora websites
  • Amatangazo / Cyamunara

Ibyiciro Bikunzwe

  • politiki
  • imyidagaduro
  • imikino
  • ubuzima
  • utuntu-nutundi

© Bwiza Media. All Rights Reserved.