U Burundi bwongeye gufunga imipaka yabwo n’u Rwanda

Leta y’u Burundi kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Mutarama 2024, yafashe icyemezo cyo kongera gufunga imipaka yose ihuza icyo gihugu n’u Rwanda yari imaze umwaka n’amezi atatu ifunguwe. Amakuru y’ifungwa ry’imipaka aremezwa n’abaturage ku ruhande rw’u Burundi, bakavuga ko abari kugerageza kwinjira mu Rwanda bari gusabwa “guhitamo gusubira inyuma cyangwa gukomeza” ariko mu […]

RDC-Goma:Igisirikare cyabujije abamotari kurenza saa 18h:00 bari mu muhanda, abaturage nabo bati ashwi

gdisbgnwoaapdku.jpg

Ihuriro ry’abaturage b’abenegihugu yarwanyije icyemezo cy’ubuyobozi bwa gisirikare kibuza moto gukora mu mujyi wa Goma guhera saa kumi n’ebyiri za nimugoroba. Icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’igisirikare muri Goma, nyuma yo kwiyongera kw’ibyaha mu mujyi aho inzira yo kubirwanya ari ugufata ingamba zikomeye zirimo no gukura abamotari mu muhanda ku masaha ya nimugoroba. Iri huriro ry’abaturage rivuga […]

Martin Fayulu arashinja Komisiyo y’Amatora ubujura bwa miliyari 1.3 y’amadorari

Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, irashinjwa ubujura na Martin fayulu wari umwe mu bari bahanganye na Perezida Tshisekedi, aho avuga ko yariganyije amafaranga yagombaga kwifashishwa mu matora yabaye muri iki gihugu mu kwezi k’Ukuboza. Martin Fayulu yabwiye itangazamakuru ko Komisiyo y’Amatora (CENI),yibye akayabo k’amadolari angana 1.3 yatanzwe nk’inkunga yo gukoreshwa mu […]

Uburyo buzwi nka ‘Plea Bargain’ bumaze gutuma hakemuka imanza zirenga 5 000

Mu gihe kitari kinini mu Rwanda hatangijwe uburyo buzwi nka ‘Plea Bargain’ imanza zirenga ibihumbi 5 zimaze gukemuka hatagombye kwitabaza inkiko. Ni uburyo bwatangijwe mu butabera bw’u Rwanda bugamije gukemura imanza zitageze mu nkiko, ahubwo hakabaho ibiganiro by’ubwumvikane hagati y’Ubushinjacyaha n’uregwa, bumaze gutuma hakemuka imanza zirenga 5 000. Icyo ubu buryo bufasha, ni ukugabanya umubare […]

M23 yatangaje undi Colonel wa FARDC wayiyunzeho

Umutwe wa M23 wemeje ko Colonel Bahati Baringene Saddam ari mu basirikare bakuru benshi bawiyunzeho bavuye mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). M23 yemeje ko uyu Ofisiye mukuru wayiyunzeho biciye muri Major Willy Ngoma uvugira igisirikare cyayo. Uyu musirikare yunzemo ko uriya Colonel wabarizwaga muri Brigade ya 21 yamaze gusanga Ingabo z’uriya […]

2024: U Rwanda rurayoboye mu iterambere muri EAC – Raporo ya Loni

Biteganijwe ko ubukungu bw’u Rwanda buziyongera kugera kuri 7% mu 2024, buvuye kuri 6.3 mu 2023, bikazashyira u Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika y’Iburasirazuba ndetse no ku mwanya wa gatatu mu bihugu bya Afurika bifite amahirwe menshi yo kuzamuka mu bukungu. Ibi bikubiye muri raporo y’Umuryango w’Abibumbye iheruka gukorwa ku ‘Ubukungu bw’isi muri […]

Ruhango ‘Diregiteri’ afunzwe azira gusambanya ku gahato umwarimu w’umugabo

Umuyobozi wa rimwe mu mashuri abanza riherereye mu karere ka Muhanga, afunzwe akekwaho gusambanya ku gahato umwarimu w’umugabo mugenzi we. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry yatangaje ko uyu diregiteri yatawe muri yombi ku wa Kabiri tariki ya 9 Mutarama 2024. Dr Murangira yavuze ko icyaha akekwaho yagikoreye mu murenge wa Bweramana, Akagari ka […]

Blinken muri gahunda yo guhosha intambara hagati ya Israel na Hamas

Ku wa gatatu, tariki ya 10 Mutarama, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yabonanye na Perezida w’igihugu cya Palesitine hagamijwe kugarura umutekano hagati y’iki gihugu na Israel. Ni urugendo rwe rwa kane mu burasirazuba bwo hagati kuva amakimbirane ya Palesitine ya Isiraheli yongeye kubaho. Antony Blinken yiteguye gufasha ubutegetsi bwa Palesitine buyobowe na Mahmoud Abbas […]

Al Shabaab yashimuse indege ya Loni n’abari bayirimo

Umutwe wa Al Shabaab urwanya Leta ya Somalia, ku wa Gatatu washimuse kajugujugu y’Umuryango w’Abibumbye ndetse n’abantu umunani bari bayirimo. Iyi kajugujugu yashimuswe nyuma yo kugwa mu gace kagenzurwa n’uriya mutwe w’iterabwoba. Ubutumwa bwa Loni muri Somalia bwemeje ko hari indege yabwo yagize ibibazo ubwo yari itwaye abarwayi kwa muganga. Ubu butumwa bwunzemo ko kuri […]

Ba Ofisiye bakuru ba FARDC barimo Colonel biyunze kuri M23

Umutwe wa M23 watangaje ko abasirikare bakuru bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bamaze kuwiyungaho. Uyu mutwe wemeje aya makuru biciye muri Major Willy Ngoma uvugira igisirikare cyawo. Mu basirikare biyunze kuri M23 nk’uko Major Ngoma yabyanditse ku rubuga rwe rwa X barimo Colonel witwa Biyoyo [Josué]. Yagize ati: “Ba Ofisiye […]

Urubanza rwa Cyuma Hassan rwasubitswe

Kuri uyu wa Gatatu taliki 10 Mutarama 2023, nibwo umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan yongeye kugaruka imbere y’urukiko birangira hanzuwe ko rusubikwa. Ni urubanza rwaranzwe n’impaka nyinshi,nyuma yo kubwira urukiko ko atiteguye kuburana kuko atabonye umwanya wo gusoma ibikubiye muri Dosiye.Yavuze ko impamvu atabonye umwanya, ari uko ngo gereza imukorera iyicarubozo, ikindi kandi […]

Urimo urikoza ubusa: Museveni abwira Biden

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yishongoye kuri mugenzi we Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amubwira ko Uganda nta ngaruka yigeze igirwaho n’ibihano bya Amerika byo kuyivana muri gahunda ya AGOA. Museveni yishongoye kuri Biden ku wa Kabiri tariki ya 9 Mutarama, ubwo yagezaga ijambo ku banya-Uganda. Mu kwezi gushize ni bwo […]

Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana

Bamwe mu barema isoko rya Kinigi riherereye mu Karere ka Musanze, baratabaza abo bireba kubarenganura nyuma y’uko babura ubwiherero muri iri soko bakajya kwituma mu mashyamba rimwe na rimwe bigateza intambara hagati yabo na banyiri ubutaka. Aba baturage bavuga ko babangamiwe n’umwanda kubera kutagira ubwiherero rusange, aho bamwe babura uko babigenza bakajya kwiherera mu mugezi […]

APR FC yarahiriye kutongera kuzitabira Mapinduzi Cup nyuma yo ‘kwibwa’

Ikipe ya APR FC yarahiriye kutazongera kwitabira irushanwa rya Mapinduzi Cup, nyuma y’ubujura ivuga ko yakorewe n’abasifuzi ubwo yakinaga na Mlandege FC yo muri Zanzibar. Mu ijoro ryakeye ni bwo APR FC yasezerewe muri Mapinduzi, nyuma yo gutsindwa na Mlandege kuri penaliti 4-2. Ni nyuma y’uko iminota isanzwe y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya 0-0. […]

Guverineri wa Kinshasa yasabwe kwegura no kwishyikiriza ubushinjacyaha kubera ubujura

Guverineri Gentiny Ngobila, usanzwe ayobora Intara ya Kinshasa, yasabwe kwegura akanishyikiriza ubutabera nyuma yo gushinjwa ubujura bw’amajwi no kwiba ibikoresho byari kwifashishwa mu matora aherutse kuba mu Kuboza 2023 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni amakuru yatangajwe kuri uyu wa kabiri, aho inteko ishingamategeko y’intara y’umurwa mukuru wa DR Congo, Kinshasa, yakuye ubudahangarwa kuri […]

Kamonyi :Hari abatacyorora ihene n’ingurube kubera ‘Ibihazi’

Mu karere ka Kamonyi murenge wa Ngamba mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa abasore biyise ibihazi birara mu ngo z’abantu bagasahura amatungo n’ibindi babonye hafi. Abaturage bavuga ko nta muntu ucyorora ihene cyangwa ingurube kuko bahita baziba kandi ku munsi ukurikiyeho bagahura nabo bibye ntibagire icyo babatwara kuko ari ibihazi batagira icyo batinya.Aba baturage bavuga ko ibyo […]

M23 yashyize mu gatebo kamwe Radio Okapi na RTLM

Umutwe wa M23 wagereranyije Radio Okapi y’Umuryango w’Abibumbye na Radiyo Rutwitsi ya RTLM, nyuma y’inkuru iheruka gutangaza iwushinja kubuza abatuye muri Rutshuru gusarura imyaka yabo. Ni inkuru Radio Okapi yatangaje Ku wa Mbere tariki ya 8 Mutarama, nyuma yo guhabwa amakuru na Jean-Claude Mbabaze ukuriye Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa […]

Perezida Ndayishimiye yabyiniye ku rukoma nyuma y’uko Urukiko rwatangaje bidasubirwaho intsinzi ya Tshisekedi

Perezida Ndayishimiye Evaliste w’u Burundi yongeye kugaragaza amarangamutima ye yishimira intsinzi yatangajwe kuri Perezida Tshisekedi nyuma y’amatora aherutse kuba muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X) , Ndayishimiye yatangaje ko yishimiye ibyo Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri DR.Congo rwatangaje ku muvandimwe we Thsisekedi. Ati” Gutangaza ibyavuye mu matora […]

APR FC yatsindiwe mu maso ya Gen (Rtd) Kabarebe, inzozi zo gutwara Mapinduzi Cup zirarangira

Ikipe ya APR FC yasezerewe mu irushanwa rya Mapinduzi Cup rikomeje kubera mu birwa bya Zanzibar, nyuma yo gutsindwa na Mlandege FC kuri penaliti. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ½ cy’irangiza wabereye kuri Amani Stadium. APR FC yari yasezereye Young Africans muri ¼ cy’irangiza yaremye uburyo bwinshi bw’ibitego, gusa iminota 90 y’umukino irinda […]

RDC:Urukiko rurinda Itegekonshinga rwemeje ko Tshisekedi ari we Perezida bidasubirwaho

Bidasubirwaho muri DR.Congo, Urukiko rushinzwe kurengera Itegekonshinga rwatangaje ko Felix Tshisekedi ariwe Perezida w’iki gihugu. Ni amakuru yatangajwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 09 Mutarama 2024.Ni mu gihe abari bahatanye na Tshisekedi basabaga ko amatora yasubirwamo kuko ngo amajwi yibwe. Tariki ya 31, Komisiyo yigenga yari yatangaje amajwi y’amatora ya gateganyo maze […]

Rubavu: Abaturiye umupaka wa RDC basabwe kuba abanyamakenga

Abaturage bo mu mirenge y’akarere ka Rubavu ihana imbibi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, basabwe kugira amakenga mu rwego rwo kwirinda ko hari icyaturuka hakurya kikaba cyabahungabanyiriza umutekano. Babisabwe n’ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba, ubwo kuri uyu wa Kabiri bwaganirizaga abatuye mu mirenge ya Cyanzarwe, Bugeshi na Busasamana yose ihana imbibi na RDC. Ni RDC by’umwihariko […]

Loni ifite intego y’uko impanuka zigomba kugabanukaho 50% bitarenze muri 2030

Raporo y’umuryango w’abibumbye ishami ryita ku buzima(OMS), iragaragaza ko mu 2030, impanuka zizaba zagabanutse nibura kugera kuri 50%.Ni mu gihe hasohotse raporo ivuga ko u Rwanda rwaje mu bihugu bitandatu bya mbere mu kurwanya no gukumira impanuka zo mu muhanda. Muri iyo raporo OMS yerekana ko ibihugu bitandatu birimo n’u Rwanda, byafashe ingamba ku ngingo […]

Umuraperi yafunzwe azira kwambika igitsina cye isogisi mu ruhame akereka abafana

Umuhanzi w’Uburusiya witwa yafunzwe azira kugaragara imbere y’abari bitabiriye igitaramo nta kindi yambaye uretse isogisi ku gitsina cye.Ni ibirori byari byabereye i Moscou. Uyu muraperi witwa Maxim Tesli, yafashwe amashusho arimo yambika igitsina cye isogisi yereka abafana.Hari ibinyamakuru byanditse ko yarimo yamamaza ubutinganyi. Ibitangazamakuru byo mu Burusiya byatangaje ko uyu muraperi yakatiwe iminsi 15 y’iminsi […]

Perezida Vladimir Putin ategerejwe mu Burundi

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya arateganya kugirira ruzinduko muri Afurika ruzasiga asuye ibihugu bya Guinée-Equatoriale n’u Burundi. Ni uruzinduko Perezida Putin ateganya gukora muri uyu mwaka wa 2024, nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Sputnik Africa byo mu Burusiya. Putin agiye gusura u Burundi nyuma y’ubutumire yahawe na mugenzi we Evariste Ndayishimiye mu mwaka ushize wari mu […]

Umufasha wa Gen.Mubarak Muganga yasubije abavuze ko yahunze u Rwanda

Umufasha wa General Mubarak Muganga yanyomoje amakuru yacaracaraga ku mbuga nkoranyambaga za bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda yavugaga ko yahunze igihugu akajya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Arizona. Ni amakuru uyu mubyeyi yanyomoje avuga ko abavuze ibi baba bashaka amaramuko n’indonke ku mbuga nkoranyambaga banagamije gusebya igihugu, ibintu yagereranyije no kuba baba […]

Mané wavuzwe mu rukundo n’umunyarwandakazi yarongoye mu ibanga

Umunya-Sénégal Sadio Mané wigeze kuvugwa mu rukundo n’Umunyarwandakazi Kate Bashabe, yakoze ubukwe mu ibanga. Ku Cyumweru tariki ya 7 Mutarama ni bwo amakuru y’uko Mané yakoze ubukwe na Aisha Tamba bakundanye kuva mu bwana yatangiye gucicikana. Ubukwe bwabo bwabereye i Dakar muri Sénégal ariko mu ibanga rikomeye. Aisha Tamba uriya rutahizamu wa Al Nassr yo […]

RDC:Abaturage baraye bahangana n’igisirikare cyagoteye Moise Katumbi mu rugo iwe

Abaturage batuye mu gace Moise Katumbi atuyemo, baraye bahanganye n’igisirikare cyaraye kigose urugo rwa Moise Katumbi. Ni Abaturage batuye mu Mujyi wa Lubumbashi, mu Ntara ya haut-Katanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho kuri uyu wa Mbere baraye bateraniye ku rugo rw’uyu munyepolitike bashakaga kumutabara ngo hatagira isanganya rimubaho nyuma y’uko yari yagoswe n’igisirikare. […]

Tshisekedi yibye amajwi, ntabwo agomba kurahizwa: Uwahoze ari umuyobozi muri Amerika

Herman J. Cohen wahoze ari Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umugabane wa Afurika, yatangaje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa RDC adakwiye kurahizwa ngo ayobore Congo muri manda ye ya kabiri “kuko yibye amatora.” Uyu mudipolomate yabitangaje mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Ni nyuma yo kwifashisha raporo y’Inama […]

RDC:Wazalendo na FARDC basubiranyemo bararasana batandatu bahasiga ubuzima

Abantu batandatu baguye mu mirwano yabaye hagati y’ingabo za Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘FARDC’ na bamwe mu rubyiruko rwa Wazalendo bo muri commune Mangina iherereye ku birometero 30 uvuye mu mujyi wa Beni mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Congo. Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Mbere taliki 08 Mutarama […]

Niba umwana wawe akoresha ‘ screens’ mu buryo bukabije azahura n’izi ngaruka

Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Ibyo muri iyo article turi bwite “screens” Zishobora kuba ari izabo cyangwa ari iz’ababyeyi. Nkuko bitangazwa n’urubuga ‘healthmatters.nyp.org , ruvuga ko abana bakoresha cyane ‘screens’ rero bishobora kugira ingaruka ku mwana zikurikira, 1. kubangamira imikurire y’ umwana mu bintu […]

Moà¯se Katumbi yafungiwe iwe

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Moà¯se Katumbi utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu yafungiwe iwe. Ni nyuma y’uko urugo rwe ruherereye ahitwa i Kashobwe mu ntara ya Katanga rugoswe n’”abasirikare ndetse n’abapolisi benshi.” Katumbi kandi bivugwa ko bamubujije gusohoka iwe, nk’uko byanemejwe na Michael Tshibangu usanzwe ari umujyanama we. Uyu mugabo […]

Kenya:Abapolisi baburijemo ibirori by’isabukuru ya Odiga bagiye gufungwa

Umugenzuzi mukuru wa polisi muri Nairobi IG Japhet Koome avuga ko bagiye guta muri yombi itsinda ry’abapolisi bagize uruhare mu kuburizamo ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 79 ya Raila Odinga byari byateguwe kuri iki cyumweru taliki 7 Mutarama 2024. IG Japhet yavuze ko ibikorwa aba bapolisi bakoresheje ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abizihizaga isabukuru […]

Nyabihu:Abasigajwe inyuma n’amateka barahangayitse

Mu karere ka Nyabihu mu Ntara y’Iburengerazuba,hari abaturage bazwi nk’abasigajwe inyuma n’amateka bahangayikishijwe no kuba abana babo bicwa n’imisonga nyuma y’uko inzu babamo zinjirwamo n’imvura bityo bagasaba ubutabazi. Usibye kuba abana bicwa n’imisonga, ngo hari n’izindi ngaruka bahura nazo ziterwa no kuba mu mazu ashaje cyane yinjirwamo n’imvura ndetse n’imbeho yose. Bigarukwaho by’umwihariko n’abatuye mu […]

Breaking News :Drone yahanuwe mu mirwano yahuje M23 na FARDC&Wazalendo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (Masisi ) haravugwa ihanurwa ry’indege itagira abapilote (Drone), mu mirwano yahuje FARDC na M23. Bivugwa ko iyi Drone yahanuwe n’abarwanyi b’umutwe wa M23 ubwo yacaracaraga hejuru y’ikirere cya Nyiragongo.Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu FARDC yari yakoresheje iyi Drone mu kugaba […]

Katumbi yasabye Denis Kadima kwegura nta kuzuyaza

Moà¯se Katumbi Chapwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC, yasabye Denis Kadima uyobora Komisiyo y’amatora muri iki gihugu (CENI) kwegura nyuma y’ubujura bw’amajwi avuga ko bwaranze amatora y’Umukuru w’Igihugu yatsinzwemo na Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Katumbi ni we wabaye uwa kabiri inyuma ya Tshisekedi mu matora yo ku wa 20 Ukuboza, nyuma yo kugira amajwi […]

Umugabo w’imyaka 54 yakoze ubukwe n’umwana w’imyaka ine

Umugabo w’igikwerere wo muri Nigeria yashyingiranywe n’umwana w’umukobwa w’imyaka ine mu rwego rwo kubahiriza imico gakondo bivugwa ko yari igamije kurokora ubuzima bw’uwo mwana. Ababyeyi b’uyu mukobwa bavuze ko ubukwe hagati y’uyu mugabo n’uyu mukobwa w’imyaka 54 ubarizwa mu muryango wa Bayelsa ukungahaye kuri peteroli muri Nigeria, ni umuhango gakondo wo kurokora ubuzima bw’umwana. Ubu […]

Intsinzi ya APR FC kuri Yanga yamwenyuje abarimo Minisitiri Munyangaju

Minisitiri wa Siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, yanejejwe n’intsinzi ya APR FC, nyuma yo gutsinda irusha Young Africans ibitego 3-1. Mu ijoro ryacyeye ni bwo APR FC yatsinze iriya kipe ikunzwe kurusha izindi muri Tanzania, igera muri ½ cy’irangiza cy’irushanwa rya Mapinduzi Cup rikomeje kubera mu birwa bya Zanzibar. Young Africans yihariye igice cya mbere cy’umukino […]

Human Right watch yasabye ko hakorwa iperereza ku matora aherutse kuba muri DR Congo

Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu (Human Right Watch), wasabye ko hakorwa iperereza ku matora aherutse kuba muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni nyuma y’uko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje kuvuga ko bibwe,mu gihe perezida Tshisekedi na komisiyo y’Amatora (CEN) bavuga ko amatora yaciye mu mucyo. Human Right Watch ivuga ko hatagize igikorwa muri Congo ibintu […]

Gicumbi:Bamwe mu borozi bari mu kangaratete gaturutse ku bwambuzi bakorewe

Bamwe mu borozi bo mu karere ka Gicumbi baravuga ko batorohewe n’ubukene batewe na Koperative zicuruza amata zabambuye none umwaka ukaba wihiritse amaso yaraheze mu kirere. Aba borozi bahuriza ku kuba baragemuriye aya makoperative amata, ariko bakaba baranze kubishyura.Amwe muri ayo makoperative atungwa agatoki harimo, iyitwa IAKIB na KORA MWOROZI. KT ivuga ko bamwe bavuga […]

Simba SC yaba yifuza gutanga akayabo kuri Victor Mbaoma

Ikipe ya Simba Sports Club biravugwa ko yashimye rutahizamu Victor Mbaoma Chukwuemeka wa APR FC, ku buryo yifuza kumutangaho akayabo kugira ngo imwegukane. Mbaoma wagowe cyane n’iminsi ye ya mbere muri APR FC kuri ubu ni umwe mu nkingi za mwamba iyi kipe yubakiyeho, dore ko imikino ibanza ya shampiyona yarangiye amaze gutsinda ibitego 12. […]

Gisagara:Imfashanyo zagenewe abatishoboye zihabwa abacuruzi n’abarimu

Bamwe mu batishoboye bo mu Karere ka Gisagara baravuga ko bahura n’akarengane ku mfashanyo bagenerwa kuko ngo aho kugirango bayibone, ihabwa abafite amikoro nk’abarimu n’abacuruzi. Bavuga ko ngo habamo amanyanga kuko ubwo bufasha buhabwa abarimo abarimu, abacuruzi n’abamotari abandi bagasabwa kubanza guhinga mu mirima y’abayobozi. Ubufasha butungwa agatoki, ni amafaranga ahabwa abagore n’abakobwa batwite, abageze […]

Wasac yirukanye umushoferi wayishinjaga kumuhemba Frw 11,000

img-20240106-wa0015.jpg

Ikigo Wasac Group gishinzwe gukwirakwiza amazi, cyirukanye Murwanashyaka Eric wari umushoferi wacyo nyuma y’igihe atakamba avuga ko amezi ahembwa abarirwa muri Frw 11,000 ku kwezi. Ku wa Kane tariki ya 4 Mutarama ni bwo WASAC yirukanye Murwanashyaka, nk’uko ibaruwa iki kigo cyamwandikiye BWIZA yaboneye kopi ibivuga. Uyu mushoferi yirukanwe mu gihe yari amaze igihe asabwe […]

P. Kagame yatowe nka Perezida mwiza kurusha abandi muri Afurika

Perezida Paul Kagame yatowe nka Perezida mwiza kurusha abandi muri Afurika, nyuma yo gutsinda itora yari ahanganyemo na bagenzi be. Ni itora Perezida Kagame yatsinze nyuma y’ikusanyabitekerezo (Poll) ikinyamakuru The Kenyans cyo muri Kenya cyakoze cyifashishije urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter. Iki kinyamakuru gisanzwe gikurikirwa kuri uru rubuga n’abarenga 1,600,000. Itora ryitabiriwe n’abantu 9,645 […]

Major Gen Peter Cirimwami arashinjwa kuba ikiraro gihuza Ingabo z’u Burundi na FDLR

Raporo ya Loni iherutse gusohora mu mpera z’Ukuboza iravuga ko Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yagize uruhare mu kuvanga ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR . Uyu Guverineri mu rwego rwa ‘Etat désiège,’ nkuko byashyizweho n’u mukuru w’igihugu Félix Tshisekedi, Loni yamushyize mu majwi ko ariwe wakoreshejwe n’ubuyobozi bwa DR […]

Amerika yamaganye Perezida Ndayishimiye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zanenze Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, nyuma yo gutangaza ko abatinganyi bakwiye kujya bahurizwa muri Stade bagaterwa amabuye. Mu kwezi gushize ni bwo Perezida Ndayishimiye waganiraga n’abanyamakuru yatanze iki cyifuzo. Icyo gihe yavuze ko muri Bibiliya harimo urugero ruvuga uko Imana yarimbuye Sodoma na Gomora kubera ubutinganyi bwahabaga, mbere yo […]

Intwaro ‘karahabutaka’ Gen Mubarakh Muganga aherutse gusura ni bwoko ki?

Ku wa Gatatu tariki ya 3 Mutarama 2024, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga yasuye Ikigo cya Pakistan gishinzwe guteza imbere ibikoresho by’ubwirinzi byoherezwa mu mahanga (DEPO), yerekwa bimwe mu bikoresha bya gisirikare birimo intwaro kiriya gihugu gisanzwe gikora. Ni mu ruzinduko rw’akazi Gen Muganga n’itsinda yari ayoboye bagiriraga muri kiriya gihugu cyo […]

Masisi-Shanga:Abaturage barimo guhungira muri Sud Kivu kubera Wazalendo zasubiranyemo

Abaturage bo mu midugudu ine yo mu duce twa Mufuni / Shanga, muri teritwari ya Masisi (Amajyaruguru ya Kivu) barimo guhunga umusubirizo bahunga imirwano ikomeje guhuza imitwe ibiri ya Wazalendo. Nk’uko amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Congo avuga, by’umwihariko ayatangajwe na Mediacongo, ngo aba bantu bimuwe berekeje i Kalehe muri Kivu y’Epfo. Amakuru amwe avuga […]

RDC: Abarenga 80 biyamamarizaga kuba abadepite amajwi yabo yagizwe impfabusa

Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), yagize impfabusa amajwi y’abakandida 82 biyamamarizaga kuba abadepite nyuma yo kubashinja ibyaha birimo ubujura bw’amajwi. CENI yemeje ko yagize impfabusa amajwi y’aba bakandida mu itangazo ryayo ryasomewe kuri Radiyo na Televiziyo bya RDC (RTNC) mu ijoro ryacyeye. Usibye ubujura bw’amajwi, abo amajwi yabo yagizwe impfabusa banashinjwa […]

Mu 2022 Abangavu ibihumbi 98 basanzwemo virusi itera Sida

Ubushakashatsi bwa Loni bwasohoye raporo nshya yagaragaje ko abangavu ibihumbi 98 basanzwemo virusi itera Sida mu 2022. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) niyo yagaragaje iyi mibare aho yavuze ko iyi mibare ishobora kuzamuka no mu myaka ikurikiyeho mu gihe nta cyaba gikozwe. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko hagendewe ku mico y’ibihugu bitandukanye by’umwihariko ibya […]

U Rwanda rwanyomoje ibyo kuganira na Israel ngo rwakire impunzi zo muri Gaza

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta biganiro ibyo ari byo byose iri kugirana na Israel bigamije kwakira abanya-Palestine bahunze intanbara ikomeje gusakiranya Israel na Hamas mu ntara ya Gaza. Ni nyuma y’amakuru aheruka gutangazwa n’Ibiro Ntaramakuru Zman Yisrael byo muri Israel by’uko Guverinoma y’iki gihugu yaba iri mu biganiro n’ibihugu birimo u Rwanda ngo bibe […]

Zambia:Cholera yatumye ibigo byose by’amashuri bitazafungurwa kugeza nyuma y’ibyumweru bitatu

Amashuri yo muri Zambiya azakomeza gufungwa ibyumweru bitatu byiyongera ku kiruhuko cy’iminsi mikuru, biturutse ku cyorezo cya Cholera. Kuri uyu wa kane, Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye, biteganijwe ko bazagaruka taliki ya 29 Mutarama bitewe n’icyorezo gikomeje gufata indi ntera muri iki gihugu. Ku cyumweru, Minisiteri y’ubuzima muri Zambia yatangaje […]

Pastor Zigirinshuti wa ADEPR aherutse kuraswaho urufaya rw’amasasu ararusimbuka

Pasteri Zigirinshuti Micheal ubarizwa mu Itorero rya ADEPR , aherutse gusimbuka urupfu nyuma yo kuraswaho urufaya rw’amasasu ubwo yari mu gihugu cya Afurika y’Epfo. Uyu mupasiteri w’ikimenyabose by’umwihariko muri iri torero, yasobanuye uburyo yahagurutse mu Rwanda agiye mu ivugabutumwa hanze yarwo, maze abantu atatangaje umwirondoro wabo, bamutumaho abagizi banabi ngo bamuhitane ariko Imana ikinga ukuboko […]

Congo zombi zigaramye ibyo kwakira abanya-Gaza bahunze intambara ya Israel na Hamas

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Congo-Brazzavile bahakanye amakuru y’uko kimwe muri ibi bihugu byaba biri mu biganiro na Guverinoma ya Israel, mu rwego rwo kwakira abanya-Gaza bahunze intambara y’iki gihugu n’umutwe wa Hamas. Ni nyuma y’uko umwe mu bayobozi bakuru bo muri Guverinoma ya Israel yabwiye Ibiro Ntaramakuru Zman Israel ko ibiganiro hagati ya […]

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko

Umuririmbyi akaba n’umucuranzi Kenny Sol yasezeranye n’uwari umukunzi we Kunda Yvette ubu wabaye umugore we imbere y’amategeko. Aba bombi nyuma yo gusuzuma urukundo rwabo bagasanga rushyitse , bahisemo gutera indi ntabwo iberekeza ku gushinga urugo. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu taliki 5 Mutarama2024, ubera ku Murenge wa Nyakabanda mu Karere ka Nyarugenge. Ni […]

Musanze:Hari abahinzi b’ibirayi barimo kwitotomba umusubirizo, abandi baretse kubihinga

Mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru, hari bamwe mu bahinzi b’ibirayi bakomeje kwitotombera igihombo bakomeje guhura nacyo ku buryo ngo hari n’abafite gahunda yo kureka kubihinga kuko nta nyungu bakuramo. Ibi babivuga bashingiye ko mu gihe cy’ihinga hari abahinzi baranguye imbuto y’ibirayi ibahenze hanyuma ku mwero wabyo bikaba bigurishwa ku kiguzi kiri hasi cyane. […]

Amerika yannyeze ibirego bya Afurika y’Epfo bishinja Israel Jenoside ikorera Abanyegaza

Amerika yanze inatesha agaciro ikirego cya Afurika y’Epfo iregamo Isiraheli mu rukiko mpuzamahanga (ICJ). Afurika y’Epfo yavuze ko Isiraheli ikora itsembabwoko(Genocide) n’ibyaha byibasiye inyokomuntu muri Gaza .Ni urubanza rubanza rwashyikirijwe ICJ mu cyumweru gishize. Ku wa gatatu, umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Matthew Miller, yavuze ko Amerika itabona ibyaha […]

Kuburanisha Kazungu mu mizi byasubitswe

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, kuri uyu wa Gatanu rwasubitse urubanza Kazungu Denis yagombaga gutangira kuburanishwamo mu mizi. Kazungu akurikiranweho ibyaha 10 birimo icy’ubwicanyi ndetse n’icyo gufata ku ngufu. Urubanza rwasubitswe ku busabe bw’ubushinjacyaha bwasabye ko ibyaha aregwa byahuzwa, bijyanye no kuba yari afite imanza ebyiri. Biteganyijwe ko ku wa 12 Mutarama ari bwo uru rubanza […]

Pasiteri Bugingo yasobanuye uko umurinzi we yishwe

Pasiteri Aloysious Bugingo uri mu bavugabutumwa b’ibimenyabose muri Uganda, yasobanuye uko Richard Muhumuza wari umurinzi we yishwe. Ku wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024 ni bwo Muhumuza wari usanzwe ari umusirikare mu mutwe wa SFC ushinzwe kurinda Perezida Yoweri Kaguta Museveni yishwe arashwe. Yicwa yari kumwe mu modoka na Pasiteri Bugingo yari amaze igihe […]

Raporo y’urukiko rw’u Bufaransa iravuga iki kuri gahunda y’abimukira hagati y’u Bwongereza n’u Rwanda?

Gahunda yo kohereza abimukira bava mu gihugu cy’u Bwongereza ikomeje kugenda igarukwaho n’ingeri zitandukanye, aho kuri ubu hari na Raporo y’u Bufaransa yabigarutseho. Ni raporo y’Urukiko rwo mu Bufaransa ishinja u Bwongereza kugenda biguru ntege mu ngamba zigamije kugabanya umubare w’abimukira bajya muri iki Gihugu. Uru rukiko rw’u Bufaransa rwashyizwe hanze iyo raporo kuri uyu […]