Tariki ya 10 Mata 1994: Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 10 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma yâabicanyi yayoborwaga na minisitiri wâintebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda […]
Nkombo: Hari ababana na VIH batangiye kureka imiti kubera kubura inyunganiramirire bahabwaga na Leta

Bamwe mu bafite virusi itera Sida bo ku Kirwa cya Nkombo giherereye mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Nkombo bavuga ko bahangayikishijwe no kuba batagihabwa inyunganiramirire bahabwaga irimo nka sosoma, bakaba bavuga ko Leta, itabatabaye mu maguru mashya ubuzima bwabo bwaba buri mu kaga gakomeye. Aba baturage bavuga ko byahumiye kumirari bishingiye ku byiciro […]
Will Smith yakumiriwe imyaka 10 muri Oscars kubera urushyi yateye Chris Rock
Will Smith yahagaritswe imyaka 10 atitabira ibirori byo gutanga ibihembo bya Oscars, nyuma yâibyumweru bitageze kuri bibiri uyu mukinnyi wa filimi wâUmunyamerika akubitiye urushyi umunyarwenya Chris Rock kuri stage. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 08 Mata, nyuma yâinama yâubuyobozi bwa Academy ya Motion Picture Arts and Sciences itanga ibihembo bya Oscars, hatangajwe ko Smith atazanemererwa […]
Guinea: Alpha Conde wahiritswe yasubiye mu gihugu nyuma y’amezi muri UAE
Alpha Conde wahoze ari Perezida wa Guinea mbere yo guhirikwa ku butegetsi nâabasirikare mu mwaka ushize, kuri uyu wa Gatanu ushize yasubiye mu gihugu cye nyuma yâamezi atatu ari muri Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu, aho yari yaragiye kwivuriza. Conde yabaye perezida wa mbere wa Guinea watowe binyuze mu nzira ya demokarasi mu 2010. Ariko, ku […]
Masisi: Haravugwa ifatwa ryâAbanyarwanda 2 bashinjwa guhungabanya umutekano
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 8 Mata 2022, abashinzwe umutekano hafi ya Mweso, muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru, bataye muri yombi abantu babiri bivugwa ko ari Abanyarwanda bakekwaho kugira uruhare mu guhungabanya umutekano. Nkâuko byatangajwe na Komanda wa Komisariya ya Polisi yâigihugu cya Congo (PNC) muri Mweso avugana […]
Kagame explique pourquoi l’APR ne s’est pas vengĂ©e des tueries des Tutsi

Aujourd’hui, le Rwanda et le monde cĂ©lĂšbrent la 28e commĂ©moration du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. Le prĂ©sident Kagame a expliquĂ© pourquoi les rebelles du Front Patriotique Rwandais ont choisi de ne pas se venger. L’Ă©vĂ©nement pour commencer la semaine de deuil national a eu lieu au MĂ©morial du gĂ©nocide de Kigali. L’Ă©vĂ©nement a […]
Uvira: RED-Tabara irashinjwa gusahura inka zisaga 500 zâAbanyamulenge
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kiziba, muri Gurupoma ya Bijombo, muri Teritwari ya Uvira (Kivu y’Amajyepfo) mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuga ko kuri uyu wa Gatatu ushize, inyeshyamba zâAbarundi zo mu mutwe witwaje intwaro wa Red Tabara zasahuye inka zirenga 500. Uyu mutwe w’inyeshyamba nturagira icyo uvuga kuri ibyo birego. Bamwe […]
âLa Maison Françaiseâ ya Kaminuza ya New York igiye guha icyubahiro Louise Mushikiwabo
âLa Maison Françaiseâ ya Kaminuza ya New York igiye guha icyubahiro Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie, muri Gala (Gala Benefit) izaba ku itariki ya 16 Mata 2022. Iyi Gala ikusanyiriza inkunga kimwe mu bigo bikora cyane ibijyanye nâubutwererane mu byâ umuco nâubwenge hagati yâIsi ivuga igifaransa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nkâuko […]
Perezida Museveni yazamuye mu ntera ba Ofisiye 76 barimo Col. Rugumayo wa CMI
Perezida Museveni, akaba n’umugaba wâikirenga w’Ingabo za Uganda, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 76 ba UPDF bo mu nzego zitandukanye. Nkâuko bigaragara ku rubuga rwa tweet rwâumuvugizi wa Minisiteri yâingabo, Perezida yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo umuyobozi wungirije ushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), Col Abdul Rugumayo, wagizwe Brig. General. “Nyakubahwa Perezida akaba nâUmugaba wâIkirenga […]
Uwahoze ari Perezida wa Burkinafaso uherutse guhirikwa yarekuwe
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 6 Mata, umuvugizi wa Guverinoma ya Burkifaso, Lionel Bilgo, yatangaje irekurwa ryâuwahoze ari Perezida Roch Marc Christian KaborĂ©. Uyu yatawe muri yombi ku ya 24 Mutarama, nyuma yâihirika ryâubutegetsi rya gisirikare riyobowe na Lt. Col. Paul-Henri Sandaogo Damiba. Ni ibyishimo ku bantu bari bategereje batihanganye irekurwa ryâuwahoze ari perezida […]
RDC: Undi musirikare wa MONUSCO yiciwe hafi ya Ituri
MONUSCO yongeye kujya mu cyunamo nyuma yâaho umwe mu basirikare bayo yongeye kwicirwa mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Kabiri ushize. MONUSCO iri mu bihe bitoroshye. Icyumweru kimwe nyuma yâimpanuka ya kajugujugu yahitanye abasirikare bayo umunani muri Tshanzu, Intara ya Kivu yâAmajyaruguru, undi musirikare wâUmuryango wâAbibumbye yaguye, na none kuri uyu wa […]
Ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku mugabane wa Afurika

Mu gihe hari impungenge ko hashobora kubaho Intambara ya gatatu y’Isi yose nyuma yâamakimbirane mashya nkâibitero byâu Burusiya muri Ukraine, ushobora kuba wibaza igihugu cya Afurika gifite ingabo nyinshi. Twifashishije Business Insider Africa, twifuje kukugezaho urutonde rwâibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku mugabane. 1. Misiri Abasirikare bose: 1.300.000 Abari mu kazi: 438,500 Abitwara […]
Zimwe mu mpunzi zâAbanyarwanda ziba muri Mozambique zigiye gutangira gutaha
Itsinda ryâimpunzi zâAbanyarwanda ziba muri Mozambike zatangiye gusubira mu gihugu cyazo nyuma yâimyaka hafi mirongo itatu mu buhungiro. Hagati ya Mata na Kamena 1994, Abanyarwanda basaga miliyoni bishwe mu gihe cy’iminsi 100 muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Abandi babarirwa muri za miriyoni bahungiye mu bihugu byâibituranyi no hanze yabyo. Abategetsi ba Mozambike bavuga ko muri iki […]
Papa Fransisiko yasomye ibendera rya Ukraine yamagana ubwicanyi bwakorewe muri Bucha

Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, kuri uyu wa Gatatu yasomye ibendera rya Ukraine yohererejwe riturutse ahitwa Bucha, yamagana ubwicanyi bwahakorewe bwasize imirambo magana ku mihanda nâindi myinshi mu mva rusange. Yabivuze mu ijambo akunze kuvuga buri nshuro mu cyumweru, aho yagize atya akazingura ibendera yavuze ko yohererejwe riturutse mu âMujyi wâabahowe Imanaâ wa Bucha. […]
VIDEO: AMATEKA YA BRAISE COMPAORE WIVUGANYE INCUTI MAGARA ||AZAFUNGWA UBUZIMA BWE BWOSE
Le Rwanda devient le premier pays africain Ă lancer un centre dĂ©diĂ© Ă l’intelligence artificielle
La nĂ©cessitĂ© est la mĂšre de l’invention, et le gouvernement rwandais semble le comprendre plus que quiconque avec le lancement du Centre de la quatriĂšme rĂ©volution industrielle (C4IR). “Avec l’avĂšnement de la quatriĂšme rĂ©volution industrielle et les innovations rapides observĂ©es lors de la pandĂ©mie de Covid-19, il est de plus en plus urgent de dĂ©velopper […]
Umuyobozi wâibitaro bya mbere biteye imbere mu Burundi ari mu maboko yâurwego rwâubutasi

Dr. Christophe Sahabo ukuriye ibitaro bya mbere biteye imbere mu gihugu cyâu Burundi bizwi nka Kira Hospital afungiye muri kasho yâubutasi bwâigihugu (National Intelligence Service) mu murwa mukuru wâubukungu Bujumbura kuva ku wa gatanu ushize. Mu mpera z’icyumweru gishize, yamenyesheje Inama y’Ubuyobozi ko yeguye ku mirimo ye ariko amakuru avuga ko yabihatiwe. Ku wa Gatandatu, […]
Ingabo za Amhara nâiza Leta ya Ethiopia zirashinjwa itsembabwoko muri Tigray – Raporo
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Mata 2022 imiryango ibiri yâingenzi iharanira uburenganzira bwa muntu yashinje umutwe witwara gisirikare wo mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia, kuba zaratangije ubukangurambaga bwo gutsemba ubwoko bwâAbanya-Tigray mu ntambara imaze guhitana abasivili ibihumbi n’ibihumbi abasaga miliyoni bakavanwa mu byabo. Amnesty International and Human Rights Watch (HRW) byavuze muri raporo […]
RDC: Uwahoze ari umujyanama wa perezida yaraye muri Gereza Nkuru ya Makala
Nyuma yâamezi hafi abiri afungiwe muri kasho zâUrwego rwâIgihugu rwâUbutasi (ANR), François Beya, wahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Mata, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Umuryango wiyemeje guharanira irekurwa rye â Free François Beyaâ watangaje ko dosiye yâuyu wari umujyanama wa perezida mu byâumutekano yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha […]
Nancy Pelosi, umugore wa mbere wâigihangange muri politiki ya Amerika wisanze ahetse igihugu ku ya 6 Mutarama 2021
Nancy Pelosi ufatwa kugeza ubu nk’umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni Perezida wa 52 wâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Umutwe wâAbadepite, akaba yarakoze amateka mu 2007 ubwo yatorewe kuba umugore wa mbere wabaye Perezida wâInteko. Ku ya 3 Mutarama, uyu mugore ugeze mu zabukuru uhagarariye Ishyaka ryâAbademokarate muri […]
Urukundo rutangaje rwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine

Amateka n’ubuzima bwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky, uyu munsi bahanganye n’ibitero by’u Burusiya buyobowe na Vladmir Putin bimaze igihe kirekire kuko bakundanye bakiri bato. Uko Olena Zelenska na Zelensky bahuye mu bwana bwabo kugera bakundanye Olena Volodmyrivna Zelenska yavukiye muri Ukraine ku itariki ya 6 Gashyantare 1978 ubu afite imyaka 44 y’amavuko kimwe […]
Gisagara: Imvura ikabije yasenye inzu zâabaturage inibasira amashuri
Inzu zisaga 20 zasenyutse, ibindi bikorwa bitandukanye birangirika mu Murenge Gishubi mu Karere ka Gisagara nyuma yâimvura ikabije yaguye kuri uyu wa Mbere. Abasenyewe ndetse nâabafite ibyabo byangiritse kuri ubu barasaba inkunga nyuma yo gusigwa iheruheru n’iyi mvura. Abaturage bavuga iyi mvura yatangiye kugwa ahagana saa saba zishyira saa munani za nimugoroba, aho bemeza ko […]
Miliyoni 26 zâabatuye Shanghai muri guma mu rugo nyuma yâubwandu bushya busaga 13,000
Kuri uyu wa Kabiri, abategetsi b’u Bushinwa bongereye igihe cya guma mu rugo muri Shanghai kugira ngo babashe kugera ku bantu miliyoni 26 bayituye, nyuma yâisuzuma ryakozwe mu mujyi hose ryerekanye ubwandu bushya bwa COVID-19 ku barenga 13.000 mu gihe uburakari bwâabaturage bwiyongera ku mategeko yâakato. Ubu guma mu rugo yakwiriye umujyi wose nyuma yâamabwiriza […]
La Zambie et le Rwanda signent 7 accords pour approfondir la coopération bilatérale
La Zambie et le Rwanda ont signĂ© lundi sept accords visant Ă approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Le prĂ©sident zambien Hakainde Hichilema et son invitĂ© Paul Kagame ont assistĂ© Ă la cĂ©rĂ©monie de signature qui s’est tenue Ă l’hĂŽtel Avan dans la ville mĂ©ridionale de Livingstone et diffusĂ©e en direct sur diverses […]
Koreya ya Ruguru ivuga ko izakoresha intwaro kirimbuzi nishotorwa nâamajyepfo
Mushiki wa Kim Jong Un, umuyobozi wa Koreya ya Ruguru yateye ubwoba Koreya y’Epfo avuga ko batazazuyaza gukoresha intwaro za kirimbuzi niyishotora nyuma yâaho Seoul imaze kwerekana ubushobozi bwayo bwo kugaba ibitero mu majyaruguru. Kuri uyu wa Kabiri, Kim Yo Jong mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâibitangazamakuru bya leta ya Koreya ya Ruguru, yavuze ko Minisitiri […]
Le tribunal a confirmé la peine de 25 ans de prison pour Paul Rusesabagina
Un tribunal rwandais de la capitale Kigali a confirmĂ© lundi la peine de 25 ans de prison de Paul Rusesabagina, un ancien hĂŽtelier prĂ©sentĂ© comme un hĂ©ros dans un film intitulĂ© “Hotel Rwanda”. Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© reconnu coupable en septembre dernier de huit chefs d’accusation liĂ©s Ă des actes de terrorisme commis par […]
Bujumbura: Umupasiteri wayoboraga EUSEBU yishwe arashwe mugenzi we arakomereka
Umupasiteri wo mu gihugu cyâu Burundi yiciwe hafi yâiwe mu majyepfo ya Bujumbura arashwe nâabantu bitwaje intwaro bahise baburirwa irengero kuri ubu bakaba bari gushakishwa nâigipolisi. Uyu ni Pasteur Jean Gordien Niyungeko, Umuyobozi Mukuru wa Ă©glise pour lâunitĂ© du Saint-Esprit (EUSEBU), wishwe nâamasasu mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru gishize, ubwo yari ageze […]
Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en Zambie pour une visite d’Ătat de deux jours

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© Ă Livingstone, en Zambie, pour une visite d’Ătat de deux jours. Kagame a Ă©tĂ© reçu Ă son arrivĂ©e par le prĂ©sident hĂŽte Hakainde Hichilema Ă l’aĂ©roport international Harry Mwaanga Nkumbula. Les deux chefs d’Etat devraient avoir un tĂȘte-Ă -tĂȘte suivi d’une rencontre bilatĂ©rale aux cĂŽtĂ©s des dĂ©lĂ©gations respectives. Suite aux […]
Abantu 10 bazwi biteje imbere bakaba batunze akayabo batarize kaminuza

Ubusanzwe bizwi ko iyo ugiye muri kaminuza ukabona lisance cyangwa indi mpamyabumenyi yisumbuyeho uba uharuye inzira yo kubaho neza cyangwa ugakorera amafaranga menshi, ariko ibi bisa nkâibitarakurikijwe ku bantu batari bacye bazwi kuri ubu bâabaherwe. Nkâurugero, Wealth-X mu 2016 yavumbuye ko kimwe cya gatatu cyâabantu batunze akayabo ku Isi batigeze babona nâimpamyabumenyi yâicyiciro cya kabiri […]
M23 yagaragaje ubushobozi bucye bwâingabo muri Kivu yâAmajyaruguru ubuyobozi burasimburwa
Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Gilbert Kabanda, mu nama yâabaminisitiri yagaragaje ubushobozi bucye mu buyobozi bwâingabo mu karere kâibikorwa ka Kivu yâAmajyaruguru igihe cyâibitero bya M23 ku birindiro bya FARDC, kubwâibyo atangaza ko ubu buyobozi bwâingabo busimbuwe. Yavuze ko ibishoboka byose byoherejwe, igice kimwe kugirango bifashe kurangiza ibikorwa byâimitwe yitwaje intwaro irimo […]
Uwahoze ari umushinjacyaha mukuru w’Urukiko rwashyiriweho u Rwanda arifuza ko Putin afatwa
Carla Del Ponte wahoze ari Umushinjacyaha Mukuru wâInkiko mpuzamahanga mpanabyaha zashyiriweho u Rwanda nâicyahoze ari Yougoslavia, yasabye ko hasohorwa impapuro mpuzamhanga zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya. âPutin ni umunyabyaha byâintambara,â uyu ni Carla Del Ponte avugana nâikinyamakuru Le Temps cyo mu Busuwisi mu kiganiro cyagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu. Muri […]
RDC: Abofisiye 2 ba FARDC bayoboraga regiments mu biciwe mu mirwano yabahuje na M23
Mu nama ya 47 yâakanama kâabaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Gatanu, itariki ya 01 Mata 2022, minisitiri wâingabo yagarutse ku mibare yâabaguye mu mirwano yahuje FARDC na M23 kuwa 27 na 28 Werurwe 2022 mu duce tubiri two muri Rutshuru, muri Kivu yâAmajyaruguru. Nkâuko byamenyeshejwe abari muri iyi […]
Umwana uvukanye Autisme ubu azajya ahita amenyekana kubera ikoranabuhanga rishya
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 02 Mata, ku Munsi Mpuzamahanga wahariwe kuzirikana kuri autisme, hamuritswe ikoranabuhanga (application) rizajya rikoreshwa muri telefone rigafasha kumenya niba umwana afite autisme nyuma yo kuvuka. Ni igikorwa cyateguwe hagamijwe kuganira ku ntambwe imaze guterwa mu gushaka ibisubizo byatuma imibereho y’abana bafite autisme irushaho kuba myiza. Indwara ya Autisme (ASD) ni […]
Sierra Leone iyoboye ibihugu 10 bifite abaturage bâAbanyabwenge muri Afurika
Umugabane wa Afurika ni wo wa kabiri munini ku Isi ukaba nâuwa kabiri utuwe cyane nyuma ya Aziya. Nyamara imyaka nâimyaka irashize uyu mugabane ari wo uherekeza iyindi mu iterambere mu nzego hafi ya zose uhereye mu burezi, ibikorwaremezo, imiyoborere, urutonde ni rurerure. Ariko kugirango wumve uyu mugabane umuntu akeneye kureba ku bihugu byo muri […]
Rwanda: Les services de laboratoire médico-légal vont passer au numérique
Le Rwanda Forensic Laboratory (RFL) a dĂ©ployĂ© un portail pilote en ligne qui vise Ă accĂ©lĂ©rer l’analyse et la diffusion des rĂ©sultats. Le dĂ©veloppement signifie que les 12 laboratoires mĂ©dico-lĂ©gaux du pays sont dĂ©sormais interconnectĂ©s en un seul systĂšme, ce qui permet aux clients de recevoir plus facilement leurs feuilles de rĂ©sultats de laboratoire, quel […]
Itsinda ryo muri Cote d’Ivoire ryasuye Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu
Kuri uyu wa Kane tariki ya 31, Werurwe, itsinda ryaturutse muri Cote D’Ivoire rigizwe n’abapolisi n’abandi baturutse mu nzego zitandukanye riyobowe na Traore Wodjo Fini, umujyanama wa Minisitiri w’umutekano ryasuye ibikorwa bitandukanye bya Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu. Iri tsinda ryakiriwe n’umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba Assistant Commissioner of Police (ACP) […]
Ikigo cy’iterambere cy’u Bufaransa cyongeye gufungura ibiro mu Rwanda nyuma y’imyaka hafi 30
Ikigo cy’Iterambere cy’u Bufaransa (AFD) cyongeye gufungura ibiro mu Rwanda nyuma y’imyaka 28 kubera umubano wâu Bufaransa nâu Rwanda wari warangiritse kubera Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ku wa kane tariki ya 3 Werurwe, Umuyobozi mukuru wa AFD, RĂ©mi Rioux, yafunguye ibiro bishya by’ikigo i Kigali, imbere ya Minisitiri wâu Rwanda ushinzwe igenamigambi ryâubukungu, […]
Kagame appelle Ă l’harmonisation du paysage de la gouvernance des donnĂ©es en Afrique
Le prĂ©sident Kagame a suggĂ©rĂ© trois façons d’exploiter des partenariats solides pour accĂ©lĂ©rer la transformation numĂ©rique en Afrique. Kagame, qui prĂ©sidait le lancement du Centre pour la quatriĂšme rĂ©volution industrielle (C4IR) Ă Kigali jeudi, a dĂ©clarĂ© que l’une de ces façons consiste Ă stimuler l’entrepreneuriat grĂące Ă des investissements accrus dans les bonnes compĂ©tences et […]
Rubavu: Yagiye kwivuza agarutse asanga umugore yarashatse undi mugabo none ubu arasembera

Umugabo Simbizi Faustin wo mu Mudugudu wa Gisa, Akagari ka Gisa, mu Murenge wa Rugerero, ho mu Karere ka Rubavu, avuga ko yarwaye akajya kwivuza yagaruka agasanga umugore we, bivugwa ko yamuroze, yarashatse undi mugabo kuri ubu akaba asembera hirya no hino adafite aho aba. Uyu avuga ko afite ikibazo cyo kuba ubu adafite aho […]
Rutshuru: M23 yasohotse mu biturage bitandukanye yari yigaruriye
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko abarwanyi bâumutwe wa M23 bavuye mu biturage byinshi biri ku muhanda Rutshuru-Centre- Bunagana, muri Kivu yâAmajyaruguru, nyuma yâimirwano yâiminsi ibiri bahanganye nâingabo za leta. Izi nyeshyamba zivugwaho kuba zagiye zisahura aho zanyuze mu biturage bitandukanye, aho babigeragaho bamaze gukangisha abaturage kurasa mu kirere amasasu menshi. […]
Perezida Kais Saied wa Tunisia yasheshe inteko ishinga amategeko
Perezida wa Tunisia, Kais Saied, kuri uyu wa Gatatu yasheshe Inteko Ishinga Amategeko yâigihugu cye nyuma yâamasaha macye bemeje itegeko rikuraho ingingo zo mu bihe bidasanzwe zafashwe na Perezida Saied mu mwaka ushize. Iyi nteko nâubundi yari imaze amezi 12 ihagaritswe, kubera kwanga gutora amwe mu mateka ya perezida nk’uko tubikesha Reuters. Ubwo yagiraga icyo […]
UPDF irigamba kwica inyeshyamba 14 za M23 igatakaza umusirikare umwe
Mu gitero giheruka kugabwa nâinyeshyamba zâumutwe wa M23, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uganda ivuga ko ingabo zayo zishe inyeshyamba zisaga icumi nayo ikabura umusirikare wayo mu mirwano yabereye hafi yâumupaka wayo na Congo. Umuvugizi w’ingabo za Uganda avuga ko inyeshyamba za M23 ndetse zateye ibisasu ku ruhande rwa Uganda maze amazu […]
Ibihugu bya mbere muri Afurika bitunze amabuye yâagaciro menshi
Umugabane wa Afurika ni umugabane ukungahaye ku mabuye yâagaciro, aho bigira aha hantu hamwe mu hantu hakungahaye ku mutungo kamere ku Isi. Ibi bihugu bya Afurika nibyo bitunze amabuye yâagaciro menshi kurusha ibindi nkâuko tubikesha AfrikMag. Botswana â Diamants Botswana itunze 35% bya diyama yo muri Afurika, inyinshi muri zo zikaba zifite ubuziranenge bw’amabuye y’agaciro, […]
Kenya igiye guteza cyamunara indege 2 za gisirikare

Minisiteri yâIngabo ya Kenya igiye gushyira ku isoko rya cyamunara indege ebyiri za gisirikare itagikoresha iki gihugu cyaguze na Havilland Canada zo mu bwoko bwa DHC-5 Buffalo, ndetse na za moteri, nâibindi byuma byazo byo gusimbura ibishaje. Abashaka kugura bazasabwa kwishyura catalog yâindege ku Mashilingi ya Kenya 1,000 (8.7$), Amashilingi 200,000 asubizwa yo kugura numero […]
Le Rwanda rejette les allĂ©gations d’implication dans les attaques en RD Congo
Le gouverneur de la province occidentale du Rwanda, François Habitegeko, a catĂ©goriquement rĂ©futĂ© mardi « les accusations sans fondement » du porte-parole de la province voisine du Nord-Kivu, en RD Congo. Le gĂ©nĂ©ral Sylvain Ekenge, porte-parole du gouverneur du Nord-Kivu, a accusĂ© les Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) de soutenir les Ă©lĂ©ments armĂ©s qui ont […]
Amb. Karega yatanze ibisobanuro ku bitero bya M23 RDF ishinjwa kugiramo uruhare

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 29 Werurwe, Minisitiri wâintebe wungirije akaba na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yakiriye mu biro bye Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, baganira ku mutekano mu burasirazuba, cyane cyane ibikorwa by’umutwe wa M23. âBinyuze mu biganiro byacu, twijeje Minisitiri wâintebe ko u […]
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, niwe utahiwe kuyobora EAC
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, niwe utahiwe kuyobora Umuryango wa Afurika yâiburasirazuba, asimbura kuri uyu mwanya Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya. Ikinyamakuru The Citizen cyo muri Tanzania dukesha iyi nkuru kivuga ko byari biteganyijwe ko mu nama yâabakuru bâibihugu yo kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Werurwe 2022, ari bwo Perezida Ndayishimiye afata inkoni yâubuyobozi. […]
RDC: Ambasaderi Karega agiye gusabwa ibisobanuro ku ruhare rwa RDF mu bitero bya M23
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye ibitero bya M23 muri Chanzu na Runyoni, muri Kivu yâAmajyaruguru, ndetse minisitiri ushinzwe itumanaho akaba nâumuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya Katembwe, atangaza ko Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa agomba gutumizwa agatanga ibisobanuro nyuma yo gutunga urutoki RDF bayishinja uruhare muri ibi bitero byo ku Cyumweru. Umuvugizi wa […]
Kirehe: Abantu 7 bakurikiranweho kwica umukecuru bamukebye ijosi
Abantu 7 batuye mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Nasho , Akagari ka Ntaruka, bakurikiranyweho icyaha cyo kwica ku bushake umukecuru baregewe Urwego Rwisumbuye rwa Ngoma ku itariki ya 21 Werurwe 2022. Ni icyaha bakekwaho kuba barakoze ku wa 09/03/2022 saa moya z’ijoro mu mudugudu wa Karenge II, akagari ka Ntaruka, mu murenge wa Nasho, […]
Rutshuru: M23 yagabye ibitero bikaze ku birindiro bya FARDC bitandukanye
Imirwano ikaze yahuje abarwanyi bâumutwe wa M23 na FARDC ubwo izi nyeshyamba zateraga ibirindiro byâingabo za leta, hafi yâumupaka wâu Rwanda na Repubulika ya Congo nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Mbere. M23 yaba yigaruriye ibiturage bya Runyoni na Tshanzu. âNdemeza igitero kuva mu ijoro ku birindiro byacu,â uyu ni Muhindo Luanzo, wungirije umuyobozi wâingabo mu […]
L’Ăgypte et le Rwanda conviennent de renforcer leur coopĂ©ration avec les pays du bassin du Nil
Le prĂ©sident Ă©gyptien Abdel Fattah el-Sissi s’est entretenu dimanche avec son homologue rwandais Paul Kagame au palais al-Ittihadiya au Caire. Les deux dirigeants ont discutĂ© des relations bilatĂ©rales et des derniers dĂ©veloppements rĂ©gionaux et ont convenu de l’importance d’engager un dialogue constructif et efficace pour renforcer la coopĂ©ration stratĂ©gique avec les pays du bassin du […]
Birmanie: Umuyobozi wâabahiritse ubutegetsi yiyemeje gusenya abatamushyigikiye bose

Umuyobozi wâingabo zahiritse ubutegetsi muri Birmanie yasezeranyije gusenya abamurwanya bose nyuma yâumwaka urenga igisirikare gihiritse ubutegetsi abaturage bakaba bakomeje kwamagana ababuhiritse birengagije uko igisirikare cyongera imbaraga mu kubaca intege. Uyu muyobozi kuri iki Cyumweru, itariki 27 Werurwe ku Munsi wahariwe Ingabo zâigihugu yasezeranyije gusenya abantu bose barwanya ihirikwa ryâubutegesi. Min Aung Hlaing imbere yâabasirikare 8000 […]
Ukraine: Abasirikare bâu Burusiya bagongesheje igifaru umuyobozi wabo
Abasirikare bâu Burusiya baba baherutse gutera uwari umuyobozi wabo bamunyuze hejuru nâigifaru nyuma yâaho benshi muri bagenzi babo bari bamaze kwicirwa ku rugamba kubera amabwiriza ye, aho bikekwa ko yaba yarapfuye. Umunyamakuru Roman Tsymbaliuk wo muri Ukraine, mu butumwa yanyujije kuri facebook kuwa Gatanu, yavuze ko Col. Yuri Medvedev yishwe nyuma yâimirwano muri Ukraine yasize […]
Kayonza: Yafatanwe ibiro 15 by’urumogi yaragiye gukwirakwiza mu baturage

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kayonza, kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Werurwe, yafashe umugabo witwa Nsengimana Theoneste w’imyaka 22 afite ibiro 15 by’urumogi, yafatiwe mu Murenge wa Ndego, Akagari ka Kiyovu, Umudugudu wa Mwurire. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Superintendent of Police (SP) Hamduni Twizeyimana yavuze ko uyu Nsengimana yafashwe biturutse […]
Urukiko rwa Afurika yâuburengerazuba rwategetse ihagarikwa ryâibihano akarere kafatiye Mali
Ku wa Kane, Urukiko rwâUbutabera rwâubumwe bwâubukungu nâifaranga muri Afurika yâiburengerazuba (UEMOA) rwategetse guhagarika ibihano byafatiwe Mali muri Mutarama kubera guhirika ubutegetsi kwâ igisirikare ariko kiyemeje gusubiza abaturage ku butegetsi vuba. Urukiko rwâubutabera rwâubumwe bwâubukungu nâifaranga rya Afurika yâiburengerazuba (UEMOA), rwitabajwe nâabavoka ba Leta ya Mali, rwategetse ” irangizwa” ryâibihano byemejwe ku ya 9 Mutarama […]
Rubavu: Bagurishirijwe imitungo nta deni , urukiko rwaba rwarashimangiye amanyanga yakozwe na Me Uwayezu

Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Werurwe rwashimangiye icyemezo cyâurukiko rwibanze cyo kuwa 7 Werurwe gitesha agaciro ubusabe bwo guhagarika cyamunara yâumutungo wa Irankunze Emmanuel nâumugore we, Uwase Fabiola, bashinja umuhesha wâinkiko guteza cyamunara inzu yabo kandi nta mwenda barimo, ibintu basanga ari akarengane bakomeje gukorerwa ndetse bakavuga ko urukiko rwirengagije […]
Komisiyo ya Duclert ntiyemera raporo ya Survie ku ruhare rwâAbacanshuro bâAbafaransa muri jenoside
Ishyirahamwe Survie ryahishuye ibintu bitamenyakanye byabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri raporo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 24 Werurwe 2022, Survie yahishuye inyandiko zâubutasi bwo hanze bwâu Bufaransa, DGSE, avuga ko raporo zitandukanye zagiye zirengagiza, ibintu atavugaho rumwe na Komisiyo ya Duclert yakoze raporo iheruka ku ruhare rwâu Bufaransa mu byabaye. […]
La zone humide de Masaka sera transformĂ©e en lac d’Ă©cotourisme
Des Ă©tudes de faisabilitĂ© sont en cours pour ouvrir la voie au dĂ©veloppement de la zone humide de Masaka en un lac d’Ă©cotourisme et aider Ă contenir ses inondations. SituĂ©e dans le district de Kicukiro, Ă Kigali, la zone humide est soumise Ă des inondations constantes pendant la saison des pluies, mettant en danger les […]
Abanyemari bâAbagande barasaba u Burundi gufungura imipaka yabwo nâu Rwanda
Abanyemari bâAbarundi nâAbagande bahuriye i Bujumbura mu Burundi mu nama yari igamije kwagura isoko ryâibicuruzwa muri ibi bihugu byombi byo muri EAC, impande zombi ziyemeza guorera hamwe ariko Abagande basaba u Burundi gufungura imipaka yabwo nâu Rwanda. Ihuriro rihuza aba banyemari bo mu Burundi ryizeye ko inama yabahuje na bagenzi babo bo muri Uganda ari […]
Urukiko rwa Uganda rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi wahungiye mu Budage
Urukiko rwo muri Uganda kuri uyu wa Gatatu rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi watsindiye igihembo mpuzamahanga wahungiye mu Budage, aho yagiye avuga ko agiye kwivuza iyicarubozo yakorewe ubwo yari afunzwe nkâuko byatangajwe nâumwunganizi we mu mategeko. Kakwenza Rukirabashaija yatawe muri yombi mu mpera zâUkuboza, afungwa ukwezi ashinjwa kunenga Perezida Museveni nâumuhungu we, Lt […]