Byinshi wamenya kuri kajugujugu kabuhariwe zâintambara za Mi-24 nâu Rwanda rutunze

Mi-24, kajugujugu ya mbere yatangiye gukoreshwa nâingabo zirwanira mu kirere zâu Burusiya nkâindege yâubwikorezi ndetse yâindwanyi, yakozwe hashingiwe kuri sisitemu yubatse ubwoko bwa Mi-8. Mu bushobozi bwâinyongera ifite harimo ubufasha bwo mu kirere butaziguye, kurasa za burende, guherekeza ingabo nâintambara yo mu kirere. Ubu bwoko bwa kajugujugu bwakoreshejwe cyane mu ntambara yo muri Afghanistan, yandika […]
Umutwe wa FIB wirukanye M23 ugiye kongerwamo ingabo zidaturuka muri SADC
Ibihugu bigize Umuryango wâubukungu bwâibihugu byo muri Afurika yâAmajyepfo, SADC, byamaze kwemeranya ku guhindura umutwe wa FIB (Force Intervention Brigade) wa Monusco, wahashyije umutwe wa M23 mu 2013, wongererwa ubushobozi bwâibikoresho kugirango urusheho gushyira mu bikorwa inshingano zawo, aho hateganywa no kongeramo nâingabo zitava mu bihugu bya SADC. Nyuma yâimyaka 7 ukorera muri Repubulika iharanira […]
Umunya-Nijeriyakazi Dr Ngozi Okonjo-Iweala, Umunyafurika wâUmwaka wa 2020
Umunyanijeriyakazi, Dr Ngozi Okonjo-Iweala, niwe wabaye Umunyafurika wâUmwaka wa 2020, aho akurikiye Umuyobozi wa Banki Nyafurika yâIterambere, Akinwumi Adesina, wabaye Umunyafurika wâUmwaka mu mwaka ushize wa 2019, ndetse na Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, wabaye Umunyafurika wâUmwaka wa 2018. Dr Ngozi akaba ari no mu mwanya mwiza wo kugira uruhare rukomeye, guhindura Afurika no kujya […]
Uburyo bwakoreshejwe mu gutegura Jenoside yakorewe Abatutsi muri Cyangugu
Mu mpera zâumwaka wa 1991 nyuma yâiyemerwa rya politiki ishingiye ku mashyaka menshi, MRND yafashe bamwe mu rubyiruko rwayo iruhuriza mu mutwe witwara gisirikare witwa Interahamwe. Uwo mutwe utangira washingiwe i Kigali ariko uza gukwira mu gihugu hose harimo nâuduce tunyuranye twa Perefegitura ya Cyangugu. Igitekerezo cyo gushyiraho Interahamwe kigeze i Cyangugu, hashyizweho inzego zâubuyobozi […]
Uganda: Bobi Wine yamaganye ifatwa ryâumurinzi we washinjwe gushaka kumwica
Umukandida wâishyaka NUP mu matora ategerejwe muri Uganda, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yamaganye itabwa muri yombi ryâumurinzi we, Norbert Ariho, washinjwe gushaka kumwica, watawe muri yombi kuri uyu wa Gatanu. Inzego zâumutekano za Uganda zataye muri yombi Ariho, zimushinja kugerageza kugirira nabi Bobi Wine akoresheje ibyuka biryana mu maso kuwa Kabiri ushize mu […]
RDC: Abasivili basaga 10 bishwe batemaguwe nâabitwaje intwaro
Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, itariki 04 Ukuboza 2020 bacengeye mu giturage cya Munganga, muri Gurupoma ya Tondabo, muri Teritwari ya Irumu bahica abaturage bagera kuri 11. Umuhuzabikorwa wâumuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Convention pour le Respect des Droits Humains (CRDH), Mumbere Munyaderu, yabwiye urubuga rwa 7SUR7.CD dukesha iyi nkuru, ko hapfuye […]
Impunzi zâAbarundi zahungiye muri Tanzania zigiye gukusanyirizwa mu nkambi imwe
Inkambi zose zâimpunzi zâAbarundi ziri muri Tanzania zigiye guhurizwa mu nkambi imwe guhera mu kwezi gutaha kâUkuboza nkâuko biherutse gutangazwa nâintumwa idasanzwe ya minisiteri yâumutekano ya Tanzania mu ruzinduko yagiriye mu Nkambi ya Mtendeli kuwa Gatatu, itariki 25 Ugushyingo. Iyi nkuru dukesha urubuga rwa RPA rwo mu Burundi iravuga ko Inkambi ya Nduta ari yo […]
L’ancien Premier ministre Habumuremyi condamnĂ© Ă 3 ans de prison
L’ancien Premier ministre, Pierre Damien Habumuremyi, est sur le point de purger une peine de trois ans de prison et de payer une amende de 892,2 millions de francs rwandais aprĂšs que le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge l’ait condamnĂ© vendredi 27 novembre, pour avoir Ă©mis des chĂšques sans provision. Habumuremyi, qui est dĂ©tenu Ă la […]
Ntabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nkâabandi mwabonye â Robert Kyagulanyi

Robert Kyagulanyi, umukandida wâishyaka NUP mu matora ateganyijwe muri Uganda mu mwaka utaha, yatangaje ko atari umukandida usanzwe nkâabandi igihugu cyabonye, ndetse ashimangira ko kuba mu bashaka guhatanira umwanya wâumukuru wâigihugu byatunguye Museveni. âNtabwo ndi uhatanira kuba perezida usanzwe nkâabandi mwabonye. Mu byâukuri ntabwo nari muri gahunda ya Perezida Museveni nkâuzaba ahanganye nawe kandi ibyo […]
Kubaka Ikibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Bugesera bigiye kurushaho kwihuta
Imirimo yo kubaka Ikibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Bugesera igiye kurushaho kwihutishwa nyuma yâaho u Rwanda rwumvikaniye na Qatar ku masezerano yâimikoranire muri uyu mushinga nkâuko byemezwa na Guverinoma yâu Rwanda. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatanu ubwo Guverinoma yâu Rwanda nâiya Korea yâEpfo zashyiraga umukono ku masezerano azwi nka âBilateral Air Services Agreementâ yemerera buri […]
Ingabo za Ethiopia zatangiye gusuka ibibombe ku murwa mukuru wa Tigray
Umuyobozi wâingabo ziharanira kubohora abaturage bo mu Ntara ya Tigray (TPLF) aratangaza ko kuri uyu wa Gatandatu ingabo za Ethiopia zatangije igitero kigamije kwigarurira umurwa mukuru wâiyi ntara, Mekelle. Debretsion Gebremichael, uyobora Tigray Peopleâs Liberation Front (TPLF) mu butumwa yoherereje Ibiro Ntaramakuru byâAbongereza, Reuters, yavuze ko barimo gusukwaho imvura yâibibombe. Billene Seyoum, umuvugizi wâibiro bya […]
Abakuru bâibihugu 5 bakize kurusha abandi muri Afurika

Muri iyi nkuru, turarebera hamwe umukuru wâigihugu muri Afurika ukize kurusha abandi hagendewe ku mutungo wabo nkâuko byakusanyijwe na Forbes. 1. Umwami Mohammed VI (Maroc) â Miliyari 5.8 $ Umwami Mohammed VI yavutse ku ya 21 Kanama 1963 i Rabat, muri Maroc. Ubu ni umuyobozi wa Maroc, umwanya yafashe nyuma y’urupfu rwa se mu 1999. […]
Honduras: Uwari Perezida yafashwe agiye gusohakana mu gihugu 18,000$ arayihakana
Uwahoze ari Perezida wa Honduras, Manuel Zelaya, kuri uyu wa Gatanu yatangaje ko yafashwe agafungirwa ubusa ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Toncontin azira Amadolari 18,000 cash avuga ko atari aye. âNtabwo nzi inkomoko yâayo mafaranga. Ikigaragara, hashobora kuba hari umuntu wayashyize mu bintu byanjye. Nakoze ingendo inshuro 400 kandi nzi ko udashobora kugendana amafaranga angana […]
Rusesabagina yabwiye urukiko ko yashimuswe kugira ngo agere mu Rwanda
Paul Rusesabagina, ukurikiranweho nâubutabera ibyaha byâiterabwoba nâibindi, kuri uyu wa Gatanu yabwiye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ko yashimuswe ubwo yazanwaga mu Rwanda akamara iminsi ine nta muntu uzi aho aherereye, aboneraho gusaba gusesa icyemezo cyo gukomeza kumufunga byâagateganyo mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Rusesabagina, umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi wahungiye mu Bubiligi akaba yarabaga muri […]
RDC: Abaturage barakaye batwitse station ya polisi
Urubyiruko rwo mu gasantere kâubucuruzi ka Bule, muri Sheferi ya Bahema-Badjere, muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri rwatwitse station ya polisi iherereye muri aka gace irashya irakongoka. Jean-Richard Dhedda Lenga, umuyobozi wa Sheferi ya Bahema-Badjere, ku murongo wa telephone avugana na 7SUR7.CD, yatangaje ko uru rubyiruko rwatwitse iyi station ya polisi mu ijoror […]
Ishyamba si ryeru hagati y’Umuyobozi Wungirije wa Kikwit n’ibiro bya perezida
Abasirikare babiri ba FARDC, bivugwa ko bakora muri perezidansi, kuri uyu wa kane, itariki 26 Ugushyingo batawe muri yombi bashinjwa kugerageza gushimuta Umuyobozi wungirije wâUmujyi wa Kikwit, Jean-Claude Mongala. Aba basirikare kuri ubu bafungiye mu bushinjacyaha bwa gisirikare mu Mujyi wa Kikwit, nkâuko amakuru urubuga 7SUR7.CD rukesha Umuvugizi wâa FARDC mu Ntara ya Kwilu, Major […]
25 Ă©tudiants font appel Ă l’UniversitĂ© du Rwanda aprĂšs avoir perdu leur bourse
Les Ă©tudiants qui rejoignent l’UniversitĂ© du Rwanda (UR) avec une bourse du gouvernement signent un contrat de performance avec le Conseil de l’enseignement supĂ©rieur (HEC) selon lequel l’Ă©chec des examens entraĂźnerait la perte de la bourse. Selon UR, 25 Ă©tudiants du dĂ©partement Finance and Business Management ont fait appel de cette dĂ©cision, demandant Ă UR […]
Umukozi w’ikigo cy’ubutasi cya CIA yiciwe muri Somalia
Umukozi wa CIA aherutse kwicirwa mu gikorwa cyabereye muri Somaliya, ibintu bishobora kubyutsa impaka muri Amerika ku bijyanye nâAbanyamerika bakiri muri iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika gikomeje kuzahazwa nâintambara za hato hato. Nkâuko ikinyamakuru New York Times cyashyize ahagaragara aya makuru kibitangaza, uyu mukozi wa CIA utaramenyekana, yari mu ishami rishinzwe ibikorwa bidasanzwe […]
Umugereki wabujije Katumbi amahirwe yo guhatanira kuba perezida yatawe muri yombi
Umugereki, Emmanuel Stoupis wigeze gushinja umuherwe Moise Katumbi kumwiba inzu ebyiri mu 2015, ndetse iyi dosiye ikaza kubuza Katumbi amahirwe yo guhatanira umwanya wâumukuru wâigihugu mu 2018, kuri ubu biravugwa ko nawe yatawe muri yombi nâinzego zâumutekano kuwa Kabiri ushize, itariki 24 Ugushyingo, nyuma yâikirego cyatanzwe na Jean-Claude Muyambo umushinja gukoresha inyandiko mpimbano, ubufatanye mu […]
UR: Abanyeshuri 25 bajuririye icyemezo cyo kubambura buruse
Abanyeshuri 25 bo mu ishami rishinzwe imari nâubucuruzi muri Kaminuza yâu Rwanda bajuririye icyemezo cyo kuguhagarikira buruse abanyeshuri batsinzwe ibizamini nkâuko biba bikubiye mu masezerano abemerera inguzanyo. Abanyeshuri binjiye muri Kaminuza yâu Rwanda (UR) kuri buruse ya leta basinyana amasezerano yâimikorere nâInama Nkuru yâAmashuri Makuru (HEC) havugwamo ko gutsindwa ibizamini byatuma batakaza buruse. Nkâuko Kaminuza […]
Brazil: Perezida Bolsonaro yarahiye ko atazemera guterwa urukingo rwa Covid-19
Perezida wa Brazil, Jair Bolsonaro kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ugushyingo, yatangaje ku mugaragaro ko atazigera yemera urukingo rwa Covid-19 kandi ari uburenganzira bwe. âNdababwira, ntarwo nzakira. Ni uburenganzira bwanjye,â ibi ni ibyatangajwe na Perezida Bolsonaro bihita bikwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye. Igihugu cya Brazil, kimaze kubarurwamo abasaga miliyoni 6 banduye Covid-19, kiza inyuma […]
Impamvu Buyoya yeguye ku mirimo ye muri Afurika Yunze Ubumwe
Uwahoze ari Perezida wâu Burundi, Pierre Buyoya, yatangaje impamvu aherutse gufata icyemezo cyo kwegura ku kazi yari amaranye iminsi kâintumwa ya Afurika Yunze Ubumwe muri Mali na Sahel, aho yavuze ko ashaka gufata umwanya uhagije akongera agasukura isura ye yahindanyijwe na dosiye yâiyicwa rya Melchior Ndadaye mu 1993 riherutse gutuma ubutabera bwâu Burundi bumukatira igihano […]
Kabale: Habuze ujya gusaba umurambo w’Umunyarwanda warasiwe ku mupaka
Abayobozi bo mu Karere ka Kabale, mu gihugu cya Uganda baravuga ko umurambo wâUmunyarwanda uherutse kurasirwa ku mupaka wâiki gihugu nâu Rwanda waheze mu buruhukiro habuze abantu bajya kuwusaba. Uyu Munyarwanda ni umwe mu gatsiko kâabantu umunani baherutse kuraswaho, kuwa Gatanu ushize, nâinzego zâumutekano zâu Rwanda mu Karere ka Burera, bagerageza kwinjiza magendu ya kanyanga […]
«Médiation extrajudiciaire» pour réduire les affaires judiciaires et la congestion des prisons
Cinq tribunaux de la ville de Kigali piloteront cette semaine un nouveau modĂšle que le Rwanda a adoptĂ© pour remplacer une peine de prison par d’autres formes de punition pour les criminels condamnĂ©s, selon le pouvoir judiciaire. Le nouveau modĂšle de «mĂ©diation» extrajudiciaire sera expĂ©rimentĂ© dans les tribunaux de premiĂšre instance de Gasabo, Kicukiro, Nyarugenge […]
Amwe mu makimbirane akomeye yaranze umuryango wâUbwami bwâu Bwongereza

Kwicwa, gucana inyuma, kubeshya, no kwangana na byo ni bimwe mu bintu bibera mu miryango yâibwami bamwe baba batazi nkâuko tugiye kurebera hamwe ibyabaye mu muryango wâibwami mu Bwongereza nk’uko tubikesha Reader’s Digest. 1. Matilda n’abaturage Amateka y’amakimbirane yo mu miryango ya cyami yatangiye mu mwaka wa 1126, igihe Umwami Henry wa mbere yagiraga umukobwa […]
Lt. Gen. Tumukunde mu nzira zo gutangira kwiregura ku byo yavuze ku Rwanda
Urukiko mu gihugu cya Uganda rwongeye guhamagaza umukandida mu matora ya perezida ateganyijwe mu mwaka utaha, Lt. Gen.(Rtd) Henry Tumukunde, ngo azitabe ku itariki 21 Ukuboza 2020 yisobanure ku birego bibiri aregwa byo gutunga imbunda mu buryo bunyuranyije nâamategeko nâubugambanyi bufitanye isano nâamagambo yigeze kuvuga ku Rwanda. Iki cyaha cyâubugambanyi aregwa cyavuye mu kiganiro yagiriye […]
Perezida Kenyatta mu guhuza Tshisekedi na Kabila

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, yohereje muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo intumwa igiye kugerageza kwegeranya Perezida Felix Tshisekedi nâuwo yasimbuye, Joseph Kabila, muri iki gihe batari guhuza ku miyoborere yâigihugu amahuriro yabo yombi ya politiki ahuriyeho. Iyo ntumwa ya Perezida Kenyatta ni Stephen Kalonzo Musyoka uri I Kinshasa kuva kuri uyu wa Kabiri, itariki […]
Tanzania: Impunzi zâAbarundi zategetswe kurandura imyaka zahinze mu nkambi
Kuva ku wa gatandatu ushize, impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Nyarugusu mu gihugu cya Tanzania zategetswe gusenya imirima yose y’ibihingwa zateye, usibye iy’imboga. Ni itegeko bivugwa ko ryatanzwe n’abayobozi ba zone zo mu nkambi, nabo bavuga ko ari amabwiriza yaturutse mu bategetsi bâiki gihugu. Iki cyemezo kandi giherutse gufatwa mu yindi nkambi icumbikiye impunzi […]
Mamadou Tandja, wahoze ari perezida wa Niger, yasezeye ku Isi
Mamadou Tandja, wahoze ari perezida wa Niger, yasezeye ku Isi yâabazima kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Ugushyingo 2020 ku myaka 82 yâamavuko. Uyu yategetse iki gihugu kuva mu 1999 kugeza mu 2010 ubwo yahirikwaga ku butegetsi nyuma yo kugerageza kubugundira. Mu bihe bya nyuma byâubuzima bwe, abaturage ba Niger bafataga Mamadou âBaba âTandja nkâumubyeyi […]
Itsinda rya mbere ryâabimuwe muri Kangondo rigiye kwimukira mu Busanza
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko bitarenze iki cyumweru itsinda rya mbere rya bamwe mu batuye ahashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga muri Kangondo ya mbere n’iya kabiri rizatangira kwimukira mu nzu nshya zubatswe mu buryo bugezweho mu Busanza. Aba baratangaza ko biteguye kwimukira mu nzu bubakiwe mu Busanza mu karere ka Kicukiro ahari nzu […]
La ville de Kigali saisit plus de 50 projets de construction bloqués
La ville de Kigali a repris 58 propriĂ©tĂ©s privĂ©es, y compris des parcelles de terrain et des projets de construction inachevĂ©s, invoquant des retards dans leur dĂ©veloppement. Les projets de construction inachevĂ©s repris, ont dĂ©clarĂ© les autoritĂ©s, n’ont pas progressĂ© dans l’exĂ©cution des plans de dĂ©veloppement attendus d’eux par la ville. Cette dĂ©cision est conforme […]
Burundi: Abahoze begereye Gen. Gaciyubwenge mu mboni zâigipolisi
Bamwe mu bahoze ari abasirikare bakuru mu gisirikare cyâu Burundi bahoze begereye uwahoze ari minisitiri wâIngabo, Gen. Pontien Gaciyubwenge, bakekwaho kuba bakomeje gukorana nawe mu buryo bumwe cyangwa ubundi, kuri uyu wa Mbere basatswe bikomeye mu ngo zabo bakekwaho gutunga imbunda mugenzi wabo yaba yarabasigiye mbere yo guhunga nyuma yo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Perezida […]
Taylor Swift yaciye agahigo ko gutwara ibihembo byinshi mu mateka ya AMA

Ibihembo bya American Music Awards, byabaye mu ijoro ryo ku cyumweru mu birori byabereye muri Microsoft Theater i Los Angeles, byari ibirori bidasanzwe ku bahanzi The Weeknd na Taylor Swift, batwaye ibihembo bitatu buri umwe. Taylor Swift utaritabiriye iki gikorwa, yahise aba umuhanzi wa mbere umaze guhabwa ibihembo byinshi mu mateka ya American Music Award […]
Paris: Urubanza rwa Nicolas Sarkozy rwasubitswe nyuma yâamasaha 2 rutangiye
Urubanza rwâuwahoze ari perezida wâu Bufaransa, Nicolas Sarkozy, ukurikiranweho ibyaha bya ruswa no gukoresha ububasha bwe nabi rwasubitswe kuri uyu wa Mbere nyuma yâamasaha abiri rutangiye kugirango habanze hatangwe raporo yo kwa muganga kuri umwe mu baburana. Sarkozy ashinjwa kuba yaragerageje gukura mu buryo bunyuranyije nâamategeko amakuru ku mucamanza wamukoragaho iperereza mu 2014. Uru nirwo […]
Menya ubwambuzi bushukana ndengakamere 5 bwa mbere bwo mu kinyajana cya 21
Ubwambuzi bushukana buzwi nka “Ponzi Scheme”, bwitiriwe umutekamutwe w’icyamamare, Charles Ponzi kuva mu myaka ya za 1920, kandi bwakoreshejwe mu buriganya bwâimari ku Isi. Ubu buryo bukora binyuze mu gusezeranya inyungu nyinshi abashoramari no gukoresha abandi bashoramari bashya mu kwishyura abashoramari ba mbere. Iyi niyo mpamvu ubu butekamutwe na none buzwi nka ” Pyramide scheme,” […]
Umujyi wa Kigali wigaruriye ibibanza nâimishinga bisaga 50 by’abikorera
Umujyi wa Kigali wongeye kwigarurira imitungo igera kuri 58 yâabikorera, harimo ibibanza nâimishinga yâubwubatsi itararangira, bitewe no kuyikerereza. Abayobozi bavuga ko imishinga y’ubwubatsi itararangiye, itigeze itera imbere mu bijyanye no gushyira mu bikorwa gahunda z’iterambere ziteganijwe n’umujyi. Iki cyemezo kijyanye nâitegeko rya 2013 rigenga imikoreshereze yâubutaka mu Rwanda. Mu ngingo ya 58, itegeko riteganya kwamburwa […]
Goma: Nyuma ya Simba Ngezayo, umunyemari Nestor Mahano nawe yishwe arashwe
Nyuma yâumuherwe, Simba Ngezayo, uherutse kwicirwa mu mujyi wa Goma arashwe nâabantu bitwaje imbunda, mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo, undi munyemari wakoraga mu bijyanye no kuvunja amafaranga yâamahanga witwa Nestor Mahano nawe yiciwe mu gace ka Katindo, muri uyu mujyi arashwe nâabantu batamenyekanye. Umuyobozi wa Katindo yabwiye urubuga 7SUR7.CD ko […]
Uganda: Abayobozi ba ‘ONGs’ zâabanyamahanga batangiye kwirukanwa

Byibuze abayobozi bâimiryango ibiri itegamiye kuri leta iterwa inkunga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi muri Uganda baherutse guhambirizwa utwabo birukanwa muri iki gihugu bashinjwa gushyigikira imigambi yo guhindura ubutegetsi buriho ya Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine. Abandi bayobozi bâimiryango itegamiye kuri leta yâAbanyaburayi bari bamaze igihe batanga amasomo yâuburere […]
Un comité spécial mis en place pour examiner les longues détentions préventives
Un comitĂ© spĂ©cial a Ă©tĂ© mis en place et chargĂ© d’examiner la question des longs sĂ©jours dans les Ă©tablissements pĂ©nitentiaires avant les procĂšs des suspects et de suggĂ©rer des moyens d’y remĂ©dier Ă long terme, ont entendu des membres des mĂ©dias ce lundi 23 novembre. S’adressant aux journalistes dans le cadre des activitĂ©s caractĂ©risant la […]
Ubushinjacyaha buritegura kujya bushyira ku karubanda amazina yâabasambanya abana

Inzego zâubutabera zâu Rwanda zirimo kwiga ukuntu amazina yâabantu basambanya abana yazajya ashyirwa ku karubanda abantu bose bakabamenya aho kuri ubu harimo gukusanywa imibare banitegura mu rwego rwâikoranabuhanga uko amazina yabo yagaragazwa ariko ibi bikaba ari ibintu bikiganirwaho nâinzego zitandukanye. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo, ubwo hatangizwaga Icyumweru cyâUbucamanza cyizihijwe mu […]
FDLR irakekwaho kwica abasirikare 3 ba FARDC
Abasirikare batatu ba FARDC biciwe mu gico batezwe nâinyeshyamba zitaramenyekana muri Pariki ya Virunga, mu gace ka Kibumba, muri Teritwari ya Nyiragongo kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Ugushyingo 2020, umutwe wa FDLR akaba ari wo ukekwaho kuba inyuma yâiki gikorwa. Aya makuru yemejwe nâumuvugizi wâibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Major Guillaume Ndjike KaĂŻko […]
Uganda yatumije ibimodoka byâintambara birimo n’ibitunzwe nâu Rwanda

Igihugu cya Uganda kigiye kwibikaho ibimodoka byâintambara byâimitamenwa byâubwoko bubiri; Otokar Arma 8Ă8 na Otokar Cobra II 4Ă4 zikorwa nâuruganda Otokar rwo muri Turkiya. Mu kwezi gushize nibwo iki kigo gikora ibikoresho byâubwirinzi, Turkish Otokar, rwatangaje ko rwasinye amasezerano yo kugurisha ibimodoka byâimitamenwa 100 rukora byo mu bwoko bwa Arma 8×8 na Cobra II kuri […]
Intambara izahera iwabo irangirire iwabo â Perezida Ndayishimiye

Kuri uyu wa Gatandatu ushize nibwo mu Burundi hasojwe icyumweru cyahariwe abarwanyi mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, aho mu ijambo rye Perezida Evariste Ndayishimiye yahaye gasopo abazagerageza guhungabanya umutekano wâigihugu ababwira ko intambara izahera iwabo ikarangirira iwabo. Kuri uyu munsi, amatsinda ane yâImbonerakure yakoze akarasisi akurikiwe nâabana binjijwe muri ishyaka CNDD-FDD barahiye mu ndirimbo […]
MINEDUC irahumuriza ababyeyi ku kwemerera abanyeshuri gusubira ku ishuri
Minisiteri yâuburezi irahumuriza ababyeyi kubwâicyemezo cyo gukomeza gufungura ibindi byiciro byâamashuri, nkâaho kuri uyu wa Mbere abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere, mu wa kabiri no mu wa kane mu mashuri yisumbuye nâamashuri abanza basubukura amasomo yabo, ivuga ko iki cyemezo cyizweho neza. Ni mu gihe hagitegerejwe ibyavuye mu bipimo byafashwe mu rwego rwo kureba […]
U Bushinwa bwakoresheje intwaro yâibanga yatumye ingabo zâu Buhinde zita umupaka nta sasu rivuze
Ingabo zâu Buhinde zashyizwe ku mupaka utavugwaho rumwe wâu Buhinde nâu Bushinwa mu misozi ya Himalaya ziherutse gufatwa nâindwara yâamayobera yaziciye intege mu kanya nkâako guhumbya bikaba ngombwa ko zimwe zita umupaka, none hamenyekanye intwaro yâibanga u Bushinwa bwakoresheje mu guca intege aba basirikare. Biravugwa ko izi ngabo zâu Buhinde zumvaga zimeze neza, ziri maso […]
Koffi Olomide na Diamond Platnumz baba bagiye gukorana indirimbo

Umuhanzi Koffi Olomide yaba agiye gukorana indirimbo nâumuhanzi Diamond Platnumz ishobora kuzagaragara kuri Album yiswe LĂ©gende » Koffi yitegura gushyira hanze mu mwaka utaha wa 2021. Koffi Olomide amaze umwaka atangaza abantu bashobora kuzafatanya nawe muri uyu mushinga we barimo Davido, Tiwa Savage, Damso, Ninho, Charlotte Dipanda, Fally Ipupa, Hiro le Coq, Gaz Mawete, Naza […]
Burera: Umwe mu barasiwe ku mupaka yatorotse ivuriro ryamwakiriye muri Uganda
Rusizi Rwamayanje, umwe mu Banyarwanda barasiwe hagati yâumupaka wâu Rwanda na Uganda kuwa Gatanu bagerageza kwinjiza mu gihugu Kanyanga biravugwa ko yatorotse Ikigo Nderabuzima cya Rubaya muri Uganda aho yari yagiye kuvurirwa. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru The Independent, Rusizi yari umwe mu gatsiko kâAbanyarwanda 10 bari baturutse muri Uganda ubwo baraswagaho nâabashinzwe umutekano bâu Rwanda. Umwe […]
Burundi: Amnesty iratabariza Germain Rukuki wakatiwe imyaka isaga 30 yâigifungo
Ubwo yatangizaga ubukangurambaga ngarukamwaka bwâuburenganzira bwa muntu kuri uyu wa Gatanu ushize, Amnesty International yasabye abayobozi bâu Burundi guhindura igihano cyahawe impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, no guhita afungurwa nta yandi mananiza. âGermain Rukuki amaze imyaka irenga itatu afunzwe by’agateganyo ashinjwa ibinyoma. Muri kiriya gihe, ntabwo yabonye umuryango we cyangwa ngo afate umuhungu we […]
Intasi yâUmuyahudi yafunzwe imyaka igera kuri 30 yemerewe kuva muri Amerika
Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri wâIntebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yashimye icyemezo cyo guhagarika kubuza uburenganzira bwo kugenda Umunyamerika wâUmuyahudi ufungiye muri Amerika kuva mu 1985 azira kunekera Leta ya Israel. Kuwa Gatanu, nibwo minisiteri yâubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yakuyeho ibyo yari yasabye Jonathan kubahiriza igihe yarekurwaga. Uyu wahoze ari […]
Rubavu: Yafatanywe udupfunyika 1,000 tw’urumogi yambaye umwambaro w’ishuri
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana mu Kagari ka Gihonga yafashe Umulisa Josiane w’imyaka 25. Abapolisi bamufashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ugushyingo, bamufashe yambaye umwambaro w’ishuri ndetse afite igikapu kirimo ibitabo n’udupfunyika 1000 tw’urumogi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure […]
Umucamanza wa Pennsylvania yateye utwatsi ubusabe bwa Perezida Trump
Umucamanza Matthew Brann wo muri Leta ya Pennsylvania yateye utwatsi ibirego byâabashyigikiye Donald Trump bifuza ko amamiliyoni yâamajwi yâabatoye bakoresheje iposita yagirwa impfabusa, ashimangira ko ibi birego nta shingiro bifite. Iki cyemezo cyâurukiko kikaba cyahaye uburenganzira Leta ya Pennsylvania bwo kuzemeza intsinzi ya Joe Biden mu cyumweru gitaha, aho arusha Trump amajwi 80,000. Umucamanza Brann […]
Ingabo za Ethiopia zigaruriye umujyi wa kabiri munini muri Tigray
Igisirikare cya Ethiopia (ENDF) cyigaruriye umujyi wa Adigrat wa kabiri munini mu Ntara ya Tigray, mu gihe Minisitiri wâIntebe Abiy Ahmed adakozwa ibyo gushyikirana nâinyeshyamba za TPLF nkâuko abisabwa na Afurika Yunze Ubumwe. Ibiro bya Minisitiri wâIntebe, Abiy Ahmed nibyo byatangaje kuri uyu wa Gatandatu ko ingabo za leta zafashe umujyi wa Adigrat kandi zikomeje […]
Bujumbura: Yasanzwe mu mugozi bagiye gutabaza umugore basanga nawe yapfuye
Kuri uyu wa Kane ushize, itariki 19 Ugushyingo, mu gace ka Muyaga, zone Gihosha, ho mu Mujyi wa Bujumbura habaye ibintu byâamayobera ubwo umugabo yasangwaga amanitse mu giti, bajya kureba umugore we ngo babimumenyeshe bagasanga nawe yapfuye. Abishwe ni Adronis Niyonkuru wâimyaka 42 uvuka muri Komini Mugina, mu Ntara ya Cibitoke na Denise Mukamana wâimyaka […]
OIF: Hari kwibazwa byinshi ku mafaranga akoreshwa nâibiro bya Mushikiwabo
Mu Muryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), hakomeje kuvugwa urujijo kubera raporo yâimikoreshereze yâimari nâubugenzuzi bivugwa ikomeje guhishwa, ibyo bikaba binyuranyije nâamategeko agenga gukorera mu mucyo yemejwe nyuma yâimpaka zishingiye ku micungire yâuwahoze ari Umunyamabanga Mukuru, MichaĂ«lle Jean. Ibi biravugwa mu gihe politiki yemejwe mu 2018 nâibihugu bigize umuryango wa OIF itegeka gushyira ahagaragara inyandiko […]
Abanyamerika 5 n’Umufaransa baguye mu mpanuka ya kajugujugu muri Sinai
Kajugujugu yo mu bwoko bwa âUH-60 Black Hawkâ yâingabo zâamahanga zishinzwe kubungabunga amahoro nâibikorwa byâindorerezi (Multinational Force and Observers) bakorera mu karere ka Sinayi ko mu Misiri yakoze impanuka ihitana abasirikare barindwi barimo Abanyamerika batanu, Umufaransa umwe nâumusirikare wa Repubulika ya Czech, Sgt Maj. Michaela Ticha, mu gihe umunyamerika umwe yakomeretse bikabije. Minisitiri wâingabo wa […]
Ababyeyi barasabwa uruhare mu kurinda abana ihohoterwa rikorerwa kuri murandasi
Mu nama Nkuru y’Abana ya 14 yo kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Ugushyingo, Umuyobozi Mukuru ushinzwe ikoranabuhanga muri Minisiteri yâikoranabuhanga nâitumanaho, Kalema Gordon yagiriye abana inama yo kwitondera ibyo bashyira kuri enterineti, mu gihe Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango Prof Jeannette Bayisenge yabasabye kuzirikana ko hari ababashuka bagamije kubashora mu ngeso mbi no kubacuruza bifashishije […]
Imyiyereko yâindege zâintambara za Angola i Kinshasa, ubutumwa kuri Joseph Kabila
Imyiyereko yâindege zâintambara za Angola na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yo kuri uyu wa Gatanu yateje urwikekwe hagati yâuruhande rushyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nâuruhande rwa Joseph Kabila rwabifashe nko kurutera ubwoba. Indege ebyiri zâintambara zo mu bwoko bwa âSukhoiâ zakorewe mu Burusiya zâigisirikare cya Angola zagaragaye mu kirere cya Kinshasa kuri uyu wa 20 […]
RSSB yavuze ku bakata abakozi babo amafaranga ya EjoHeza ku gahato

Mu gihe bivugwa ko kujya muri gahunda ya EjoHeza ari ubushake, hari bamwe mu bakozi ba leta nkâabarimu ndetse na bamwe mu banyamuryango bâamakoperative atandukanye bavuga ko bakatwa amafaranga yâubu bwizigame ku gahato, ibintu ubuyobozi bwa RSSB buvuga ko bikwiye guhagarara ahubwo hakongerwa ubukangurambaga. Ibi byongeye kugarukwaho kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Ugushyingo mu […]
Indege zâindwanyi za RDC na Angola mu myiyereko mu kirere cya Kinshasa
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 20 Ugushyingo 2020, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hateguwe imyiyereko yâindege zâindwanyi zâiki gihugu nâiza Angola zagombaga kugaragara mu kirere cya Kinshasa mbere yo kugwa ku Kibuga cyâIndege Mpuzamahanga cya Ndjiri, abaturage bakaba basabwe kutikanga. Iyi myiyereko yâigisirikare cyo mu kirere mu bihugu byombi yagombaga gutangirira kuri iki kibuga […]
La police nationale rwandaise reçoit un broyeur d’armes
La Police nationale rwandaise (RNP), le jeudi 19 novembre, a reçu une machine Ă Ă©craser les armes du Centre rĂ©gional des armes lĂ©gĂšres (RECSA), pour faciliter la destruction des armes Ă feu obsolĂštes. L’inspecteur gĂ©nĂ©ral adjoint de la police (DIGP) chargĂ© de l’administration et du personnel, Juvenal Marizamunda, a reçu la machine respectueuse de l’environnement […]