Igikomangoma Charles cyakiriye miliyoni y’Ama pound cyahawe n’umuryango wa Bin Laden – Raporo

Ikinyamakuru Sunday Times cyo mu Bwongereza kiravuga ko Igikomangoma Charles cya Wales yemeye kwishyurwa miliyoni 1 z’ama pound ayahawe n’umuryango wa Osama Bin Laden washinze umuwe w’iterabwoba wa Al Qaida. Igikomangoma Charles yemeye amafaranga yatanzwe na barumuna ba Osama Bin Laden basangiye nyina mu 2013, hashize imyaka ibiri umuyobozi wa al-Qaeda yishwe. Ikigega cyita ku […]

Le président Kagame nomme un nouveau ministre du Commerce et crée un nouveau ministère

Le prĂ©sident Paul Kagame a nommĂ© Jean-Chrysostome Ngabitsinze comme nouveau ministre du Commerce et de l’Industrie, en remplacement de Beata Habyarimana. Ngabitsinze travaille depuis deux ans comme ministre d’État au ministère de l’Agriculture et des Ressources animales. Une dĂ©claration publiĂ©e le 30 juillet par le Premier ministre, Edouard Ngirente, sur les nouvelles nominations faites par […]

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abaturage bazo kuva muri Mali

Ku ya 29 Nyakanga 2022, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yategetse abakozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika badakenewe cyane ndetse n’imiryango yabo kuva mu gihugu cya Mali kubera ubwiyongere bw’iterabwoba mu turere dukunze kugendwa n’abanyaburengerazuba. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ivuga ko Ambasade ya Amerika ikomeje kugira ubushobozi buke bwo gutanga ubufasha bwihutirwa ku baturage ba […]

Urukiko rwo muri Amerika rwahamije ibyaha by’intambara Gen. Khalifa Haftar wo muri Libya

Ku wa Gatanu ushize, urukiko rw’intara rwa Virginia muri Amerika rwemeje ko Khalifa Haftar ahamwa n’ibyaha byinshi by’intambara byakorewe abasivili bikozwe n’abasirikare n’abacancuro mu gihe cyo kugota Ganfouda. Ubu bwicanyi bwose bwakozwe mu ntambara ya kabiri yo muri Libya. Umuyobozi w’ingabo ziyita iz’igihugu cya Libya, yaburanishijwe nk’Umunyamerika kandi imiryango y’abahohotewe yashingiye ku itegeko ryo muri […]

Guverinoma ya Ukraine igiye gutangira gukura abaturage bayo muri Donetsk

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko guverinoma ye igiye gutegeka ko abantu bimurwa bakavanwa mu karere ka Donetsk mu burasirazuba, ahabera imirwano ikaze n’u Burusiya. Guverineri wa Donetsk, aho Moscou yibanze cyane mu bitero byayo, yavuze ko abaturage batandatu bishwe abandi 15 bagakomereka mu bitero byo ku wa Gatanu. Mu kiganiro kuri televiziyo kuri […]

Perezida Joe Biden wa Amerika yongeye gusangwamo Covid-19

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yongeye kwipimisha COVID-19 asanga yaranduye, nyuma y’iminsi mike yemerewe kuva mu kato, nyuma yo kuvurwa hakoreshejwe imiti irwanya virusi nk’uko White House yavuze. Umuganga wa White House, Dr Kevin O’Connor, mu ibaruwa yanditse ku wa Gatandatu, yavuze ko Biden “atigeze agaragaza ibimenyetso, kandi ko akomeje kumererwa […]

William Ruto wemeza ko hari gutegurwa kumugirira nabi, aratunga urutoki Perezida Kenyatta

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko hari umugambi urimo gutegurwa wo kumugirira nabi, umuryango we ndetse n’abafatanyabikorwa be. Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 29 Nyakanga, ubwo yavugiraga mu Ntara ya Nandi, Ruto yashinje Perezida Uhuru ko yamuteye ubwoba nubwo yagendeye ku nkunga ye mu matora rusange ya 2013 na 2017. Ruto yasabye […]

Uganda: Urukiko rwategetse polisi guta muri yombi umudepite ushinjwa kwiba telephone

Urukiko muri Uganda rwategetse polisi guta muri yombi Umudepite wo mu ishyaka NUP uhagarariye Busiro mu Nteko Ishinga Amategeko, Paul Nsubuga kubera kutitabira iburanisha ry’urubanza akurikiranwemo icyaha cy’ubujura. Icyemezo cy’Umucamanza mu rukiko rw’ibanze rwa Buganda, Siena Owomugisha cyatewe n’uko ubushinjacyaha bwagaragaje ko uyu mudepite yagiye ananirwa inshuro nyinshi kwitaba urukiko kandi nta n’ubwishingizi afite. Umucamanza […]

Mu mezi atarenze abiri ibibazo bigaragara mu guhererekanya ubutaka bizaba byakemuwe – Minisiteri y’ibidukikije

Mu gihe kitarenze amezi 2 ibibazo bigaragara mu guhererekanya ubutaka bizaba byakemuwe nk’uko byatangajwe ubwo Minisitiri w’ibidukikije yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko ingamba ifite zo gukemura ibibazo bikigaragara mu micungire y’ubutaka. Ibibazo inteko ishinga amategeko yasabye ko Minisitiri w’Ibidukikije yatangaho ibisubizo mu magambo birimo kuba nta genamigambi ku mikoreshereze y’ubutaka, itangwa rya serivisi z’ubutaka ritanoze, […]

RDC: Sosiyete sivile iremeza ko abaturage 27 ari bo biciwe mu myigaragambyo yamagana MONUSCO

Ubuhuzabikorwa bwa sosiyete sivile ku rwego rw’intara muri Kivu y’Amajyaruguru buvuga ko buhangayikishijwe n “ibyaha byibasiye inyokomuntu” byakorewe abaturage bikozwe n’ingabo za MONUSCO ku baturage bo mu mijyi ya Goma, Beni na Butembo. Uru rwego rukaba ruhamagarira Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kumenya abishwe n’amasasu mu myigaragambyo itandukanye yo kurwanya MONUSCO mu ntara. Itangazo rigenewe […]

Centrafrica: ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Seleka

Kuri uyu wa Kane, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwatangaje ko rwasohoye impapuro zo guta muri yombi uwahoze ari umuyobozi wa Seleka akaba n’umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro muri Repubulika ya Centrafrica, kubera ibyaha by’intambara n’ibyaha byibasiye inyokomuntu mu gihe cy’intambara y’abanegihugu mu 2013. Nourredine Adam, ubu uri muri Sudani nk’uko abahanga benshi babivuga, arashakishwa kubera ibyaha […]

Ikibazo cy’ amafaranga y’umurengera yishyuzwa n’uturere ku mpushya zo kubaka cyahagurukiwe

Uturere twahawe umuburo wo kwirinda kongera amafaranga y’impushya zo kubaka, ikigo gishinzwe imiturire mu Rwanda (RHA) kivuga ko binyuranyije n’amategeko. Janvier Muhire, inzobere mu bijyanye n’uburenganzira bwo kubaka muri RHA yatangaje ko iyi miburo yatanzwe nyuma y’iperereza ryimbitse mu Karere ka Bugesera nk’icyitegererezo mbere yo kugenzura utundi turere. Yavuze ko hakurikijwe iteka rya perezida ryo […]

U Burusiya bwongeye kurasa mu Karere ka Kyiv bwa mbere mu byumweru byari bishize

Ingabo z’u Burusiya zagabye igitero cya misile ku gace ka Kyiv ku nshuro ya mbere mu byumweru kandi zirasa mu karere ka Chernihiv mu majyaruguru, mu byo Ukraine yavuze ko ari ukwihorera kubera kwihagararaho. Hagati aho, abayobozi ba Ukraine, batangaje ko bazagaba igitero cyo kugarura akarere ka Kherson kari karigaruriwe mu majyepfo y’igihugu, agace kafashwe […]

Neymar Jr wa PSG azitaba urukiko mu Kwakira mu rubanza aregwamo na sosiyete yo muri Brazil

Rutahizamu w’ikipe ya Paris Saint-Germain, Neymar Jr, agomba kwitaba urukiko mu Kwakira kubera amakosa yaba yarakozwe muri transfer ye ajya muri Barcelona avuye mu ikipe ya Santos yo muri Brazil. Uyu mukinnyi w’imyaka 30 ukomoka mu gihugu cya Brazil ndetse n’uwahoze ari perezida wa Barcelona, Sandro Rosell na Josep Maria Bartomeu, bazaburanishwa kubera ruswa n’uburiganya […]

Donald Trump aravuga ko agiye guhagurukira ibinyamakuru byose byamusebeje

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko yamenyesheje CNN ko afite umugambi wo kuyirega icyaha cyo kubera ko yanze gushyigikira amagambo ye atarahawe agaciro ko uburiganya mu matora bwatumye atsindwa na Joe Biden mu 2020. Mu magambo ye Trump yagize ati: “Namenyesheje CNN ko nshaka […]

Hagiye gushyirwa ahagaragara amabwiriza mashya agenga gahunda y’ibizamini bya leta

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ishuri (NESA) igiye gushyira ahagaragara amabwiriza mashya agenga gahunda y’ibizamini bya leta. Ibi byatangajwe na Gaspard Twagirayezu, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 26 Nyakanga ubwo hatangizwaga ikizamini cya leta mu mashuri yisumbuye. Ati: “Uyu mwaka twagerageje kunoza inzira […]

Angola: Habonetse diyama y’iroza ya mbere y’ubwo bwoko ibonetse mu myaka 300

Muri Angola havumbuwe diyama ya karat 170 yabonetse mu birombe bya diyama bya Lulo, amabuye yaho aturuka mu mugezi. Iyi diyama yagaragajwe na nyir’ikirombe, niryo buye rinini ry’agaciro ry’ubu bwoko ribonetse mu myaka 300. Umuyobozi w’ikigo cya Lucapa Diamond, Stephen Wetherall yagize ati: “Twabonye diyama nini y’iroza, diyama twizera ko itigeze iboneka mu binyejana byinshi.” […]

RDC: Depite Marc Kabund uherutse kuvuga ko Tshisekedi adashoboye yahamagajwe n’ubushinjacyaha

Nyuma y’ibyo aherutse gutangaza mu itangazamakuru, Depite Jean-Marc Kabund yasabwe gusubiza imbere y’ubutabera amagambo yavuze ku mukuru w’igihugu, FĂ©lix Tshisekedi. Jean-Marc Kabund, perezida w’ishyaka “Alliance pour le Changement” ku rwego rw’igihugu akaba n’umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabwe kwitaba ubushinjacyaha ku rukiko rw’iremezo kuri uyu wa Kane, itariki ya […]

Le Rwanda rĂ©duira les dĂ©cès liĂ©s aux MNT Ă  25% d’ici 2025

Le ministère de la SantĂ©, par l’intermĂ©diaire du Centre biomĂ©dical du Rwanda (RBC), a annoncĂ© son intention de rĂ©duire considĂ©rablement les dĂ©cès attribuĂ©s aux maladies non transmissibles (MNT), notamment en rĂ©duisant le fardeau des maladies cardiovasculaires dans le pays. Selon les estimations de 2016 de l’Organisation mondiale de la santĂ©, les MNT reprĂ©sentaient 44 % […]

Kenya: William Ruto yisanze ari wenyine mu kiganirompaka cy’abakandida perezida

e032e1fadd282a97c87b41220c7390df.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Nyakanga, Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yagaragaye wenyine mu kiganirompaka cy’abahatanira gusimbura perezida Kenyatta mbere y’amatora yo ku ya 9 Mata, nyuma y’uko mukeba we w’ingenzi, Raila Odinga yari yatangaje ko atazakitabira mu mpera z’icyumweru gishize. Abandi bakandida babiri, George Wajackoyah w’Ishyaka Roots, na David Waihiga Mwaure w’Ishyaka […]

Gotabaya Rajapaksa uherutse kuvanwa ku butegetsi muri Sri Lanka arateganya gusubira mu gihugu cye

Uwahoze ari perezida wa Sri Lanka, Gotabaya Rajapaksa, arateganya gusubira mu gihugu cye ava muri Singapore aho yahungiye nyuma yo kuvanwa ku butegetsi n’imyigaragambyo ikaze y’abaturage, kubera ibibazo by’ubukungu, nk’uko byatangajwe n’umudepite wo muri Sri Lanka. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Nyakanga, Umuvugizi w’inama y’abaminisitiri, Bandula Gunawardena, yatangarije abanyamakuru ko Rajapaksa atari mu bwihisho […]

USA: Umukobwa wa Rusesabagina kuri uyu wa Gatatu aritaba Komite ishinzwe ubutasi mu nteko

Carine Kanimba, umukobwa wa Paul Rusesabagina, wakatiwe imyaka 25 y’igifungo n’urukiko mu Rwanda nyuma yo kumuhamya ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba, kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Nyakanga, aritaba Komite y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika ishinzwe ubutasi. Uyu mukobwa wa Rusesabagina yitezweho gutanga ubuhamya ku bitero by’ikoranabuhanga kuri telephone ye avuga ko bikorwa na Guverinoma y’u […]

Uganda: Abanyarwanda 9 bashinjwa ibyaha by’iterabwoba kuva mu 2017 basubiye mu rukiko

Abanyarwanda icyenda basabye ishami mpuzamahanga rishinzwe ibyaha mu Rukiko Rukuru rwa Uganda gutesha agaciro ibyaha by’iterabwoba bashinjwa. Batawe muri yombi mu Kuboza 2017 bakurikiranyweho iterabwoba, gukoresha inyandiko mpimbano, no gushinga ikigo cy’iterabwoba bafatanyije n’abandi 36. Aba bakekwa ni Emmanuel Mugisha alias Byekwaso alias Mukisa, Pasiteri Musonyu Geoffrey alias Papa Sheema Elisaha, Daniel Kamara, Moses Bijura, […]

Ukraine irigamba kwica abasirikare 100 b’u Burusiya mu gitero kuri hotel muri Luhansk

Ikigo gishinzwe itumanaho muri Ukraine kiravuga ko mu ijoro ryo ku ya 23 rishyira kuwa 24 Nyakanga, ingabo z’iki gihugu zagabye igitero kuri hotel yo mu Mujyi wa Krasnyi Luch, mu Ntara ya Luhansk, kigahitana abasirikare 100 b’u Burusiya. Nk’uko amakuru agezweho abivuga, abasirikare 100 b’u Burusiya baguye muri icyo gitero cy’indege. Iki kigo giteganya […]

Cibitoke: Abaturage bamaze kwica Imbonerakure 3 mu gihe cy’icyumweru

Abasore batatu bo mu rubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, ruzwi nk’imbonerakure, bamaze kwicwa n’abaturage mu gihe cy’icyumweru nyuma yo kubafatira mu cyuho barimo kwiba mu mirima y’ibitoki n’inyanya. Ibi bintu byabereye ku misozi ya Kagazi na Rusiga, muri Zone ya Cibitoke, muri komini ya Rugombo, Intara ya Cibitoke. Ba nyir’imirima barasaba abapolisi kongera […]

Aba Gupta bashinjwa gusahura Afurika y’Epfo bafashijwe na Zuma bafatiwe muri UAE

Afurika y’Epfo yasabye kohererezwa abavandimwe babiri bo mu muryango wa Gupta, baregwa ruswa. Aba bavandimwe Atul na Rajesh Gupta b’abacuruzi, bashakishwa kubera uburiganya n’iyezandonke, bafatiwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE). Impapuro zo kubata muri yombi zigaruka cyane cyane ku isoko rya leta rishidikanwaho rya miliyoni 1.5 z’amayero, rijyanye n’ubushakashatsi bwakozwe ku buhinzi. Aba bavandimwe […]

Le nouvel envoyé rwandais en France présente ses lettres de créance à Macron

Le nouvel ambassadeur du Rwanda en France, François Nkulikiyimfura, a prĂ©sentĂ© lundi 25 juillet ses lettres de crĂ©ance au prĂ©sident français Emmanuel Macron au palais de l’ÉlysĂ©e Ă  Paris. Nkulikiyimfura a Ă©tĂ© nommĂ© ambassadeur en France par le cabinet du Rwanda le 09 avril. Sa nomination sera ensuite approuvĂ©e par le SĂ©nat le 20 avril. […]

Umukinnyi wa Basketball w’Umunyamerikakazi ufungiwe mu Burusiya yasubiye mu rukiko

Kuri uyu wa Kabiri, umukinnyi wa Basketball w’Umunyamerika, Brittney Griner, yasubiye mu cyumba cy’urukiko rw’u Burusiya rumukurikiranyeho ibyaha byo gukoresha ibiyobyabwenge bishobora kumuviramo igifungo cy’imyaka 10 aramutse ahamwe n’icyaha. Urubanza rw’uyu mukinnyi watsindye umudari wa zahabu inshuro ebyiri na Phoenix Mercury rwatangiye ku ya 1 Nyakanga ariko rumaze kuba kane gusa, rimwe na rimwe rukamara […]

Uganda: Umuhungu w’imyaka 16 birakewa ko yishwe n’urukingo rwa Covid-19

Umuhungu w’imyaka 16 wo mu gihugu cya Uganda, wahawe urukingo rwa Covid, bivugwa ko rwateje ingingo nyinshi ze kunanirwa, yapfuye. Nk’uko abo mu muryango wa hafi babitangaza, Jonathan Luyinda yapfuye ku wa Gatandatu ashyingurwa kuri uyu wa Mbere ushize mu rugo rwa basekuruza i Nzizi, mu Karere ka Masaka. Ku munsi w’ejo, mukuru wa Luyinda, […]

Inama ya CEEAC yasabye umutwe wa 23 kuva mu bice yigaruriye muri Bunagana

Mu nama ya 21 y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC) yateraniye i Kinshasa kuri uyu wa Mbere, ikibazo cy’intambara hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyagarutsweho, aho uyu mutwe wasabwe kuva mu Mujyi wa Bunagana umaze igihe wigaruriye. Mu ijambo rye ritangiza iyi nama, […]

Kenya: Raila Odinga yanze kuzitabira ikiganirompaka hagati y’abakandida

Umwe mu bakandida mu matora y’umukuru w’igihugu muri Kenya, Raila Odinga, yatangaje ko atazitabira ikiganirompaka kibanziriza amatora hagati y’abakandida nk’uko uruhande rwe rwabitangaje kuri iki Cyumweru, rushinja uwo bazaba bahanganye w’ingenzi kugerageza gukwepa ingingo zimwe na zimwe nka ruswa. Uyu munyapolitiki w’imyaka 77 wahoze ari minisitiri w’intebe wa Kenya, ndetse na Visi Perezida William Ruto […]

Karongi: La police saisit 13 balles de vĂŞtements de contrebande

La Police nationale rwandaise (RNP), en partenariat avec d’autres organes de sĂ©curitĂ© du district de Karongi, a arrĂŞtĂ© cinq personnes le samedi 23 juillet, avec 13 balles de vĂŞtements d’occasion introduites en contrebande au Rwanda depuis la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC). Le commissaire de police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, porte-parole de la police de […]

Karongi: Hafashwe magendu y’amabaro 13 y’imyenda ya caguwa

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 23 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu karere ka Karongi, yafashe abantu 5 bari binjije magendu amabaro 13 y’imyenda ya caguwa bayikuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko […]

HRW irashinja M23 kwica byibuze abaturage 29 kuva hagati muri Kamena

Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, uravuga ko byibuze abasivili 29 bishwe n’inyeshyamba za M23 kuva hagati muri Kamena nk’uko wabitanaje muri raporo yawo yasohowe kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Nyakanga. Uyu mutwe wigeze gutsindwa mu 2013 mbere yo kubura imirwano vuba aha, ubusanzwe ukunze kugaba ibitero ku birindiro bya gisirikare […]

Kenya: Igipolisi cyasatse ibiro bifite aho bihuriye na kandida William Ruto

Polisi muri Nairobi mu gihugu cya Kenya yasatse ibiro bifite aho bihuriye na Visi Perezida w’iki gihugu, William Ruto, umwe mu bakandida bakomeye mu bazaba bahatanira umwanya wa perezida mu matora ateganyijwe ku itariki ya 9 Kanama 2022. Igipolisi cyavuze ko muri uko gusaka abapolisi bafashe mudasobwa ebyiri na mugabuzi (servers) ebyiri. Umutegetsi wo mu […]

London: Abashaka kuba minisitiri w’intebe bose biyemeje gukomeza umugambi wo kohereza abimukira mu Rwanda

Abakandida babiri basigaye bahatanira kuyobora ishyaka ry’Aba-Conservateurs, aho uzatsinda ari nawe uzaba minisitiri w’intebe w’u Bwongereza uzasimbura Boris Johnson, bose bemeye gukomeza umugambi wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu bahageze mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Aba bakandida bombi, Rishi Sunak na Liz Truss, bemeye gukomeza umugambi wo kohereza mu Rwanda amagana y’abasaba ubuhungiro […]

Imyigaragambyo yo kwamagana MONUSCO yari iteganyijwe i Goma yaburijwemo

Umuyobozi wa polisi mu mujyi wa Goma, komiseri mukuru, François Kabeya, yabujije imyigaragambyo iyo ari yo yose yari iteganijwe kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Nyakanga 2022 y’amashyirahamwe y’abenegihugu. Mu byukuri, abatuye Goma kimwe n’urubyiruko rw’amashyirahamwe y’abenegihugu, bari batangaje imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO). MONUSCO irashinjwa kunanirwa […]

Abantu batatu bishwe barasiwe muri ‘graduation’ muri Kaminuza ya Manilla

Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Nyakanga, abantu batatu bishwe barasiwe mu muhango wo gutanga impamyabumenyi muri kaminuza yo mu murwa mukuru wa Philippines, barimo uwahoze ari umuyobozi w’umujyi womu majyepfo y’igihugu. Umuyobozi wa polisi mu mujyi wa Quezon, Remus Medina, yatangaje ko kurasa kwabaye bigaragara ko kwari kugamije kwica uyu wahoze ari umuyobozi w’umujyi wa […]

Iburengerazuba: Abakora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro barishimira ibyo bamaze kugeraho

Abakora mu bijyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Ntara y’Uburengerazuba baravuga bamaze kugera kuri byinshi byiza bishimira birimo kuba buri mucukuzi aba afite ubwiteganyirize, ubwishingizi ndetse na mituweli. Umwe muri bo witwa Musabyimana Andre wo mu Karere ka Nyamasheke avugana na Bwiza yagize ati “Abacukuzi bose baba bafite assurance, ndetse n’ubwiteganyirize buratangwa. Na mituweli barazishyura cyane,” […]

Ukraine iracyateganya kohereza ibinyampeke mu mahanga nyuma y’igitero cya misile kuri Odesa

Kuri iki Cyumweru, Ukraine yatangaje ko izakomeza umugambi wo kohereza ibinyampeke mu mahanga biva ku Cyambu cyo ku Nyanja y’Umukara nyuma y’aho igitero cya misile kigabwe kuri Odesa giteye gushidikanya hibazwa niba u Burusiya buzubaha amasezerano agamije koroshya ibura ry’ibyo kurya ryatewe n’intambara bwagiranye na Ukraine na Loni. Perezida Volodymyr Zelensky yamaganye icyo gitero cyo […]

Centrafrica: Amashyaka n’imiryango bigera muri 20 byiyemeje kubuza Touadera guhatanira manda ya 3

Amashyaka ya politiki atavuga rumwe n’ubutegetsi n’amashyirahamwe y’abenegihugu agera muri 20 kuri uyu wa Gatanu ushize yashinze ihuriro rigamije kubuza Perezida wa Centrafrica, Faustin Archange TouadĂ©ra, guhindura Itegeko Nshinga no kwiyamamariza manda ya gatatu, nk’uko umunyamakuru wa AFP yabitangaje. Me CrĂ©pin Mboli, umuyobozi w’ishyaka rya politiki ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Patrie, ubwo yatangizaga ubwo bufatanye yabisobanuye […]

Ingabo za Afurika y’Epfo mu myitozo yo kurwanira mu ishyamba mbere yo koherezwa muri RDC

Batayo ya 10 y’abasirikare barwanira ku butaka ba Afurika y’Epfo ifite icyicaro i Mafikeng iri mu myitozo y’intambara yo mu mashyamba ahitwa Entabeni mbere y’uko yoherezwa muri Brigade ishinzwe gutabara ya MONUSCO (FIB) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Izi ngabo za Afurika y’Epfo zirimo kwitegura bwa nyuma kujya gusimbura izindi zihasanzwe mu Kwakira n’Ugushyingo […]

Abasenateri basanga abaturage atari bo bakwiye kwishyura ikiguzi cyo gukosora indangamuntu

Abayobozi b’imirenge bishyuza amafaranga 1.500 yo gukosora amakosa ayo ari yo yose ku ndangamuntu (ID), uburyo bigaragara ko buremereye abaturage, Abasenateri bakaba basabye ko serivisi igomba gutangwa ku buntu kubera ko amakosa akorwa atari abaturage bayakora. Iki cyifuzo cyatanzwe ku wa Kane, itariki ya 21 Nyakanga, mu nama rusange ya Sena yanemeje raporo ya Komisiyo […]

Uko Duchess of Sussex, Meghan Markle, yigeze kumara amasaha yaburiwe irengero mu Rwanda

revenge-287.jpg

Ubwo yazaga mu Rwanda mu 2016, umugore w’Igikomangoma Harry, Meghan Markle, bivugwa ko yari wazanye ‘ivalisi y’imyambaro’ yaburiwe irengero’ mu gihe cy’amasaha runaka ‘hamwe n’ umufotozi bari bazanye nk’uko igitabo ku buzima bwe cyabihishuye. Muri icyo gitabo kiswe “Revenge” cyanditswe na Tom Bower, hasobanurwa ukuntu Duchess of Sussex, Meghan Markle, w’imyaka 40, yari yatumiwe mu […]

Al Shabab yagabye ibitero bidasanzwe ku mupaka byahitanye abarimo abapolisi benshi ba Ethiopia

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabab wagabye ibitero biasanzwe ku biturage bibiri byegereye umupaka na Ethiopia, bica abantu 17 barimo abasivili batatu n’abapolisi ba Ethiopia biciwe ku butaka bwa Somalia, mu gihe abarwanyi b’uyu mutwe 63 bishwe nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mu nzego z’umutekano za Ethiopia. Ibi bitero bitari bisanzwe mu bice byegereye umupaka wa Somalia […]

Mali: Urusaku rwinshi rw’amasasu rwumvikanye ku birindiro bya gisirikare bya Kati

Urusaku rwinshi rw’amasasu mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu rwumvikanye mu birindiro bya gisirikare biherereye mu nkengero z’Umurwa Mukuru wa Mali, Bamako, ruza kugabanyuka nyuma y’isaha nk’uko amakuru agera kuri Reuters avuga. Nyuma y’urwo rusaku rw’amasasu rwumvikanye saa kumi n’imwe z’igitondo, za kajugujugu zumvikanye zizenguruka hejuru y’ibi birindiro biri mu Mujyi wa Kati, ahatangiriye […]

Paris: Ubucamanza bwahagaritse gukurikirana Umunyarwanda Nyombayire ushinjwa uruhare muri jenoside

Umucamanza w’iperereza w’i Paris yahagaritse gukurikirana Umunyarwanda VĂ©nuste Nyombayire, washinjwaga ubwicanyi mu kigo cy’imfubyi yari ayayoboye mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nk’uko AFP yabitangaje kuri uyu wa Kane nyuma y’amakuru yahawe n’abegereye iyi dosiye. Amakuru aturuka mu bucamanza avuga ko icyemezo cyo guhagarika gukuikirana Nyombayire cyatanzwe ku ya 9 Kamena, ariko gitangazwa […]

Rubavu: Abana babiri b’Abanyekongo bari bamaze iminsi bafungiwe mu Rwanda barekuwe

Abana babiri b’Abanyekongo b’imyaka 15 na 16 bafatiwe ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku Cyumweru gishize bagafungirwa ku Gisenyi nk’uko duherutse kubibagezaho mu nkuru yacu iheruka, biravugwa ko bamaze kurekurwa bagasubira iwabo. Amakuru dukesha Radio Okapi aravuga ko abo bana barekuwe kuri uyu wa Gatatu ushize neza tukimara kubagezaho inkuru […]

Uganda: Abadepite banenze igikorwa cyo kongeza umushahara abasirikare bakuru gusa

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yasobanuye izamurwa ry’imishahara iherutse kwemezwa ku basirikare bakuru ba Uganda (UPDF) nk’ “ivangura”, kandi ko ari ikintu gishobora guhungabanya ubumwe bw’ingabo n’umutekano w’igihugu. Mu cyumweru gishize, Daily Monitor yatangaje inkuru y’uko umushahara uteganijwe kuzamuka, aho umushahara wa buri kwezi n’inyungu z’izabukuru z’abasirikare bakuru ba UPDF bizikuba inshuro zirenga ebyiri, mu […]

Le chef de DCI, George Kinoti, conclut une tournée de sécurité de 3 jours au Rwanda

Le directeur de la Direction des enquĂŞtes criminelles au Kenya (DCI) , George Kinoti, a appelĂ© Ă  une plus grande collaboration entre les pays africains dans la lutte contre la criminalitĂ© transnationale organisĂ©e. S’exprimant après avoir conclu sa visite de trois jours liĂ©e Ă  la sĂ©curitĂ© au Rwanda, Kinoti a dĂ©clarĂ© que le Kenya et […]

Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Mario Draghi, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko ihuriro riri ku butegetsi rimaze gusenyuka. Ibiro bya perezida bivuga ko guverinoma ya Draghi izakomeza kwita ku bibazo by’igihugu kugeza hashyizweho indi nshya. Draghi yabonanye na Perezida Sergio Mattarella kugira ngo amushyikirize ubwegure bwe. Ibiro byatangaje nyuma y’inama, ko […]

Rulindo: Umugabo w’imyaka 35 arashinjwa gufata ku ngufu umukecuru wari umwugamishije

Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, mu mpera z’icyumweru gishize rwagejeje imbere y’Urukiko umugabo w’imyaka 35 y’amavuko, utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi, Akagari ka Gatwa, bumukurikiranyeho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukecuru w’imyaka 58 y’amavuko. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko icyo cyaha yagikoze ku itariki ya 24 Werurwe […]

Ibihugu byo mu Burayi bifite imyenda myinshi kurusha ibindi

Ibihugu bitatu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi biracyafite umwenda rusange uri hejuru ya 120% by’Umusaruro mbumbe wabyo (GDP), aho u Bugereki bufite umubare munini w’imyenda mu bihugu by’u Burayi ungana na 193.3% bya GDP, imbere y’u Butaliyani (150.8%) na Portugal (127.4%). Ariko kandi muri ibi bihugu niho iterambere mu mwaka wa 2021 rigaragara […]

CIA iravuga ko nta makuru ifite yemeza ko Putin arwaye ahubwo ameze neza cyane

Umuyobozi w’Ikigo cy’ubutasi cy’Abanyamerika, CIA, yavuze ko nta makuru bafite yemeza ko Perezida Vladimir Putin arwaye cyangwa afite ubuzima bubi. Ibitangazamakuru byakomeje gukwirakwiza amakuru ataremezwa neza y’uko Putin uzuzuza imyaka 70 muri uyu mwaka, ubuzima bwe bushobora kuba butifashe neza ndetse ngo yaba anarwaye cancer. Umuyobozi wa CIA, William Burns, ariko, yavuze ko nta kimenyetso […]

Musanze: Umusaza w’imyaka 72 yahamijwe gufata ku ngufu ufite uburwayi bwo mu mutwe

Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze ku cyumweru rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umusaza w’imyaka 72 icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa w’imyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Ni icyaha bivugwa ko cyakozwe ku italiki 10 Gashyantare 2022 mu ma saa cyenda z’amanywa, gikorewe mu Mudugudu wa Buhama, Akagari ka Nyarubuye, Umurenge wa Rwaza […]

Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye bahatanira kuzavamo Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza

Abakandida babiri basigaye mu irushanwa ry’ubuyobozi bw’ishyaka ry’Aba-Conservateurs barimo gutegura ibibuga byabo ku bagize ishyaka bazahitamo uzasimbura Boris Johnson ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza. Kuri uyu wa Gatatu, Rishi Sunak na Liz Truss ni bo basigaye mu irushanwa nyuma y’amatora y’abadepite y’uyu munsi. Sunak yandika mu kinyamakuru Daily Telegraph, yavuze ko azashyiraho […]