Itsinda ryo muri Cote d’Ivoire ryasuye Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu

Kuri uyu wa Kane tariki ya 31, Werurwe, itsinda ryaturutse muri Cote D’Ivoire rigizwe n’abapolisi n’abandi baturutse mu nzego zitandukanye riyobowe na Traore Wodjo Fini, umujyanama wa Minisitiri w’umutekano ryasuye ibikorwa bitandukanye bya Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu. Iri tsinda ryakiriwe n’umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba Assistant Commissioner of Police (ACP) […]

Ikigo cy’iterambere cy’u Bufaransa cyongeye gufungura ibiro mu Rwanda nyuma y’imyaka hafi 30

Ikigo cy’Iterambere cy’u Bufaransa (AFD) cyongeye gufungura ibiro mu Rwanda nyuma y’imyaka 28 kubera umubano w’u Bufaransa n’u Rwanda wari warangiritse kubera Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ku wa kane tariki ya 3 Werurwe, Umuyobozi mukuru wa AFD, RĂ©mi Rioux, yafunguye ibiro bishya by’ikigo i Kigali, imbere ya Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe igenamigambi ry’ubukungu, […]

Kagame appelle Ă  l’harmonisation du paysage de la gouvernance des donnĂ©es en Afrique

Le prĂ©sident Kagame a suggĂ©rĂ© trois façons d’exploiter des partenariats solides pour accĂ©lĂ©rer la transformation numĂ©rique en Afrique. Kagame, qui prĂ©sidait le lancement du Centre pour la quatriĂšme rĂ©volution industrielle (C4IR) Ă  Kigali jeudi, a dĂ©clarĂ© que l’une de ces façons consiste Ă  stimuler l’entrepreneuriat grĂące Ă  des investissements accrus dans les bonnes compĂ©tences et […]

Rutshuru: M23 yasohotse mu biturage bitandukanye yari yigaruriye

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bavuye mu biturage byinshi biri ku muhanda Rutshuru-Centre- Bunagana, muri Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano y’iminsi ibiri bahanganye n’ingabo za leta. Izi nyeshyamba zivugwaho kuba zagiye zisahura aho zanyuze mu biturage bitandukanye, aho babigeragaho bamaze gukangisha abaturage kurasa mu kirere amasasu menshi. […]

Perezida Kais Saied wa Tunisia yasheshe inteko ishinga amategeko

Perezida wa Tunisia, Kais Saied, kuri uyu wa Gatatu yasheshe Inteko Ishinga Amategeko y’igihugu cye nyuma y’amasaha macye bemeje itegeko rikuraho ingingo zo mu bihe bidasanzwe zafashwe na Perezida Saied mu mwaka ushize. Iyi nteko n’ubundi yari imaze amezi 12 ihagaritswe, kubera kwanga gutora amwe mu mateka ya perezida nk’uko tubikesha Reuters. Ubwo yagiraga icyo […]

UPDF irigamba kwica inyeshyamba 14 za M23 igatakaza umusirikare umwe

Mu gitero giheruka kugabwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uganda ivuga ko ingabo zayo zishe inyeshyamba zisaga icumi nayo ikabura umusirikare wayo mu mirwano yabereye hafi y’umupaka wayo na Congo. Umuvugizi w’ingabo za Uganda avuga ko inyeshyamba za M23 ndetse zateye ibisasu ku ruhande rwa Uganda maze amazu […]

Ibihugu bya mbere muri Afurika bitunze amabuye y’agaciro menshi

Umugabane wa Afurika ni umugabane ukungahaye ku mabuye y’agaciro, aho bigira aha hantu hamwe mu hantu hakungahaye ku mutungo kamere ku Isi. Ibi bihugu bya Afurika nibyo bitunze amabuye y’agaciro menshi kurusha ibindi nk’uko tubikesha AfrikMag. Botswana – Diamants Botswana itunze 35% bya diyama yo muri Afurika, inyinshi muri zo zikaba zifite ubuziranenge bw’amabuye y’agaciro, […]

Kenya igiye guteza cyamunara indege 2 za gisirikare

kenyan-air-force-de-havilland-canada-dhc-5-buffalo.jpg

Minisiteri y’Ingabo ya Kenya igiye gushyira ku isoko rya cyamunara indege ebyiri za gisirikare itagikoresha iki gihugu cyaguze na Havilland Canada zo mu bwoko bwa DHC-5 Buffalo, ndetse na za moteri, n’ibindi byuma byazo byo gusimbura ibishaje. Abashaka kugura bazasabwa kwishyura catalog y’indege ku Mashilingi ya Kenya 1,000 (8.7$), Amashilingi 200,000 asubizwa yo kugura numero […]

Le Rwanda rejette les allĂ©gations d’implication dans les attaques en RD Congo

Le gouverneur de la province occidentale du Rwanda, François Habitegeko, a catĂ©goriquement rĂ©futĂ© mardi « les accusations sans fondement » du porte-parole de la province voisine du Nord-Kivu, en RD Congo. Le gĂ©nĂ©ral Sylvain Ekenge, porte-parole du gouverneur du Nord-Kivu, a accusĂ© les Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) de soutenir les Ă©lĂ©ments armĂ©s qui ont […]

Amb. Karega yatanze ibisobanuro ku bitero bya M23 RDF ishinjwa kugiramo uruhare

arton165781.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 29 Werurwe, Minisitiri w’intebe wungirije akaba na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yakiriye mu biro bye Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, baganira ku mutekano mu burasirazuba, cyane cyane ibikorwa by’umutwe wa M23. “Binyuze mu biganiro byacu, twijeje Minisitiri w’intebe ko u […]

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, niwe utahiwe kuyobora EAC

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, niwe utahiwe kuyobora Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, asimbura kuri uyu mwanya Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya. Ikinyamakuru The Citizen cyo muri Tanzania dukesha iyi nkuru kivuga ko byari biteganyijwe ko mu nama y’abakuru b’ibihugu yo kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Werurwe 2022, ari bwo Perezida Ndayishimiye afata inkoni y’ubuyobozi. […]

RDC: Ambasaderi Karega agiye gusabwa ibisobanuro ku ruhare rwa RDF mu bitero bya M23

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye ibitero bya M23 muri Chanzu na Runyoni, muri Kivu y’Amajyaruguru, ndetse minisitiri ushinzwe itumanaho akaba n’umuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya Katembwe, atangaza ko Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa agomba gutumizwa agatanga ibisobanuro nyuma yo gutunga urutoki RDF bayishinja uruhare muri ibi bitero byo ku Cyumweru. Umuvugizi wa […]

Kirehe: Abantu 7 bakurikiranweho kwica umukecuru bamukebye ijosi

Abantu 7 batuye mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Nasho , Akagari ka Ntaruka, bakurikiranyweho icyaha cyo kwica ku bushake umukecuru baregewe Urwego Rwisumbuye rwa Ngoma ku itariki ya 21 Werurwe 2022. Ni icyaha bakekwaho kuba barakoze ku wa 09/03/2022 saa moya z’ijoro mu mudugudu wa Karenge II, akagari ka Ntaruka, mu murenge wa Nasho, […]

Rutshuru: M23 yagabye ibitero bikaze ku birindiro bya FARDC bitandukanye

Imirwano ikaze yahuje abarwanyi b’umutwe wa M23 na FARDC ubwo izi nyeshyamba zateraga ibirindiro by’ingabo za leta, hafi y’umupaka w’u Rwanda na Repubulika ya Congo nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere. M23 yaba yigaruriye ibiturage bya Runyoni na Tshanzu. “Ndemeza igitero kuva mu ijoro ku birindiro byacu,” uyu ni Muhindo Luanzo, wungirije umuyobozi w’ingabo mu […]

L’Égypte et le Rwanda conviennent de renforcer leur coopĂ©ration avec les pays du bassin du Nil

Le prĂ©sident Ă©gyptien Abdel Fattah el-Sissi s’est entretenu dimanche avec son homologue rwandais Paul Kagame au palais al-Ittihadiya au Caire. Les deux dirigeants ont discutĂ© des relations bilatĂ©rales et des derniers dĂ©veloppements rĂ©gionaux et ont convenu de l’importance d’engager un dialogue constructif et efficace pour renforcer la coopĂ©ration stratĂ©gique avec les pays du bassin du […]

Birmanie: Umuyobozi w’abahiritse ubutegetsi yiyemeje gusenya abatamushyigikiye bose

f49265815cf5f92a46b35cbf3f3f9f56b6dee3ba.jpg

Umuyobozi w’ingabo zahiritse ubutegetsi muri Birmanie yasezeranyije gusenya abamurwanya bose nyuma y’umwaka urenga igisirikare gihiritse ubutegetsi abaturage bakaba bakomeje kwamagana ababuhiritse birengagije uko igisirikare cyongera imbaraga mu kubaca intege. Uyu muyobozi kuri iki Cyumweru, itariki 27 Werurwe ku Munsi wahariwe Ingabo z’igihugu yasezeranyije gusenya abantu bose barwanya ihirikwa ry’ubutegesi. Min Aung Hlaing imbere y’abasirikare 8000 […]

Ukraine: Abasirikare b’u Burusiya bagongesheje igifaru umuyobozi wabo

Abasirikare b’u Burusiya baba baherutse gutera uwari umuyobozi wabo bamunyuze hejuru n’igifaru nyuma y’aho benshi muri bagenzi babo bari bamaze kwicirwa ku rugamba kubera amabwiriza ye, aho bikekwa ko yaba yarapfuye. Umunyamakuru Roman Tsymbaliuk wo muri Ukraine, mu butumwa yanyujije kuri facebook kuwa Gatanu, yavuze ko Col. Yuri Medvedev yishwe nyuma y’imirwano muri Ukraine yasize […]

Kayonza: Yafatanwe ibiro 15 by’urumogi yaragiye gukwirakwiza mu baturage

whatsapp_image_2022-03-26_at_3.49.12_pm.jpg

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kayonza, kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Werurwe, yafashe umugabo witwa Nsengimana Theoneste w’imyaka 22 afite ibiro 15 by’urumogi, yafatiwe mu Murenge wa Ndego, Akagari ka Kiyovu, Umudugudu wa Mwurire. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Superintendent of Police (SP) Hamduni Twizeyimana yavuze ko uyu Nsengimana yafashwe biturutse […]

Urukiko rwa Afurika y’uburengerazuba rwategetse ihagarikwa ry’ibihano akarere kafatiye Mali

Ku wa Kane, Urukiko rw’Ubutabera rw’ubumwe bw’ubukungu n’ifaranga muri Afurika y’iburengerazuba (UEMOA) rwategetse guhagarika ibihano byafatiwe Mali muri Mutarama kubera guhirika ubutegetsi kw’ igisirikare ariko kiyemeje gusubiza abaturage ku butegetsi vuba. Urukiko rw’ubutabera rw’ubumwe bw’ubukungu n’ifaranga rya Afurika y’iburengerazuba (UEMOA), rwitabajwe n’abavoka ba Leta ya Mali, rwategetse ” irangizwa” ry’ibihano byemejwe ku ya 9 Mutarama […]

Rubavu: Bagurishirijwe imitungo nta deni , urukiko rwaba rwarashimangiye amanyanga yakozwe na Me Uwayezu

Bandikiye umunyamabanga nshingabikorwa w'umurenge wa Rubavu ngo abarangirize urubanza Anselme abitera utwatsi

Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Werurwe rwashimangiye icyemezo cy’urukiko rwibanze cyo kuwa 7 Werurwe gitesha agaciro ubusabe bwo guhagarika cyamunara y’umutungo wa Irankunze Emmanuel n’umugore we, Uwase Fabiola, bashinja umuhesha w’inkiko guteza cyamunara inzu yabo kandi nta mwenda barimo, ibintu basanga ari akarengane bakomeje gukorerwa ndetse bakavuga ko urukiko rwirengagije […]

Komisiyo ya Duclert ntiyemera raporo ya Survie ku ruhare rw’Abacanshuro b’Abafaransa muri jenoside

Ishyirahamwe Survie ryahishuye ibintu bitamenyakanye byabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri raporo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 24 Werurwe 2022, Survie yahishuye inyandiko z’ubutasi bwo hanze bw’u Bufaransa, DGSE, avuga ko raporo zitandukanye zagiye zirengagiza, ibintu atavugaho rumwe na Komisiyo ya Duclert yakoze raporo iheruka ku ruhare rw’u Bufaransa mu byabaye. […]

La zone humide de Masaka sera transformĂ©e en lac d’Ă©cotourisme

Des Ă©tudes de faisabilitĂ© sont en cours pour ouvrir la voie au dĂ©veloppement de la zone humide de Masaka en un lac d’Ă©cotourisme et aider Ă  contenir ses inondations. SituĂ©e dans le district de Kicukiro, Ă  Kigali, la zone humide est soumise Ă  des inondations constantes pendant la saison des pluies, mettant en danger les […]

Abanyemari b’Abagande barasaba u Burundi gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda

Abanyemari b’Abarundi n’Abagande bahuriye i Bujumbura mu Burundi mu nama yari igamije kwagura isoko ry’ibicuruzwa muri ibi bihugu byombi byo muri EAC, impande zombi ziyemeza guorera hamwe ariko Abagande basaba u Burundi gufungura imipaka yabwo n’u Rwanda. Ihuriro rihuza aba banyemari bo mu Burundi ryizeye ko inama yabahuje na bagenzi babo bo muri Uganda ari […]

Urukiko rwa Uganda rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi wahungiye mu Budage

Urukiko rwo muri Uganda kuri uyu wa Gatatu rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi watsindiye igihembo mpuzamahanga wahungiye mu Budage, aho yagiye avuga ko agiye kwivuza iyicarubozo yakorewe ubwo yari afunzwe nk’uko byatangajwe n’umwunganizi we mu mategeko. Kakwenza Rukirabashaija yatawe muri yombi mu mpera z’Ukuboza, afungwa ukwezi ashinjwa kunenga Perezida Museveni n’umuhungu we, Lt […]

Kinshasa: Abadepite bari batumiwe mu mahugurwa na perezida birukanwe muri hotel kubera ubwishyu

Abadepite batowe ku rwego rw’intara bari batumiwe i Kinshasa n’umukuru w’igihugu FĂ©lix Tshisekedi, kugira ngo bitabire amahugurwa ku bijyanye no kwimura muri gahunda y’iterambere ry’ibanze mu turere 145, birukanwe muri hotel kubera kutishyura. Abenshi muri abo badepite ku rwego rw’intara badafite inzu zo kubamo mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa , […]

Gitega: Abantu bitwaje intwaro bishe umucuruzi w’inka bamusanze iwe

Umugabo witwa Innocent Njebarikanuye ucuruza inka wo mu gace ka Mahonda, muri Komini n’Intara ya Gitega, mu ijoro ryo kuwa Mbere ushize, itariki 21 Werurwe yishwe arashwe n’abantu bitwaje intwaro. Aba bantu bitwaje imbunda bishe uyu mucuruzi w’inka bamusanze iwe nk’uko byemejwe n’abaturanyi be. “Agatsiko k’abagizi ba nabi bitwaje intwaro binjiye mu rugo iwe. Baramurasa […]

Kigali commence la modernisation des abribus

La ville de Kigali a commencĂ© Ă  mettre en place des abribus intelligents qui seront Ă©quipĂ©s d’installations telles que des Ă©crans publicitaires et de divertissement Ă  LED, un Ă©clairage Ă  LED, le WiFi et d’autres accessoires tels que des ports de recharge. Plus tĂŽt cette semaine, les employĂ©s de la ville ont commencĂ© Ă  retirer […]

Perezida Kagame yakiriye abanyamuryango b’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ibigo by’Imari, WAIFC

fodnmk1xoaiorf0_1_.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabonanye n’abanyamuryango b’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ibigo by’Imari rizwi nka World Alliance of Financial Centers, aho bari mu Rwanda mu nama yabo ya 3 y’ubuyobozi. U Rwanda rwinjiye muri uyu muryango muri 2020 kandi rwashyizeho ubufatanye n’ibigo by’imari hirya no hino mu mahanga. Rwanda Finance Limited ishizwe guteza imbere Ikigo Mpuzamahanga cya […]

RDC: FARDC iravuga ko igenzura ibirindiro byose byari ibya M23 muri Rutshuru

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiremeza ko kigaruriye ibirindiro byose by’inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Ingabo za RDC guhera kuwa 19 Werurwe ngo ziri mu bikorwa byibasira ibirindiro bya ArmĂ©e rĂ©volutionnaire du Congo y’umutwe wa M23, muri Gurupoma ya Jomba, muri Teritwari ya Rutshuru. Ndetse, igisirikare […]

U Rwanda rwungutse kajugujugu za Gazelles, rwaba ruteganya no kugura Alpha Jets ?

39113117100_16992992a5_b.jpg

Ubwami bwa Qatar bwahaye Igisirikare cy’u Rwanda cyo mu Kirere impano ya kajugujugu ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa SA 342 Gazelle zifashishwa mu bitero byoroheje no gushakisha umwanzi mu rwego rwo kwagura ubufatanye mu by’ubwirinzi hagati y’ibihugu byombi mu gihe bivugwa ko u Rwanda rushaka no kugura indege z’indwanyi za Alpha Jets. Nk’uko tubikesha […]

Urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara ryari rimaze ibyumweru risubitswe ryasubukuwe

Nyuma y’ibyumweru bitatu rusubitswe, urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara na bagenzi be rwasubukuwe kuri uyu wa Kabiri, Ouagadougou muri Burkina Faso. Perezida w’Urugereko rw’Ibanze rw’rw’Urukiko rwa Gisirikare rwa Ouagadougou, Urbain MĂ©da, niwe watangaje kuri uyu wa Mbere ushize isubukurwa ry’urubanza ku iyicwa rya Capt. Thomas Sankara kuri uyu wa Kabiri. Ni nyuma y’aho uru […]

25 officiers supĂ©rieurs des RDF suivent un cours d’officiers d’Ă©tat-major de l’ONU

Au total, 25 officiers supĂ©rieurs des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) ont commencĂ© le lundi 21 mars le cours d’officiers d’Ă©tat-major des Nations Unies Ă  l’AcadĂ©mie rwandaise de la paix (RPA) dans le district de Musanze. Le cours de formation des formateurs des officiers d’Ă©tat-major des Nations Unies est organisĂ© par la RPA en collaboration […]

Perezida wa Ukraine yavuze ko yiteguye kuganira n’u Burusiya ku kibazo cya Crimea na Donbass

Nyuma y’igihe gikabakaba ukwezi u Burusiya butangije intambara kuri Ukraine no mu gihe ibisasu bikomeje ku mijyi minini y’igihugu, Perezida wa Ukraine ku nshuro ya mbere yavuze ko yiteguye “kugerageza gukemura ibibazo byose bihangayikishije u Burusiya”, mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru byinshi cyatambutse mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu kuwa Kabiri. “Ikibazo cya Crimea […]

Mali: Ibiganiro bya CEDEAO n’abahiritse ubutegetsi ku gihe amatora azabera byafashe ubusa

Guverinoma y’inzibacyuho ya Mali kuri iki Cyumweru yatangaje ko itigeze igera ku masezerano mu biganiro yagiranye n’umuryango wa CEDEAO ku gihe amatora agomba kugarura demokarasi azabera nyuma y’aho igisirikare gihiritse ubutegetsi. Iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika muri Mutarama cyafatiwe ibihano bikakaye nyuma y’aho agatsiko k’abasirikare gafashe ubutegetsi mu 2020. Abayobozi b’inzibacyuho bagiranye ibiganiro […]

RDC: Igitero mu nkambi y’abavanwe mu byabo cyahitanye abasaga 10

Abantu 14 bavanwe mu byabo n’intambara, barimo abana barindwi kuwa Gatandatu ushize biciwe mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba ku nkambi y’impunzi muri Ituri, mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’uko byatangajwe kuri iki Cyumweru gishize na Croix Rouge. Akana k’agakobwa k’imyaka ibiri n’abagore babiri bari hagati y’imyaka 25 na 32 nabo bari mu […]

Norvege: Abasirikare 4 b’Abanyamerika bapfiriye mu myitozo ya NATO

Abasirikare bane ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bapfiriye mu mpanuka y’indege mu gihugu cya Norvege aho bari mu myitozo ya NATO idafite aho ihuriye n’intambara yo muri Ukraine nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu na Minisitiri w’Intebe wa Norvege. Abinyujije kuri twitter, Jonas Gahr Stoere yatangaje ko aba basirikare baguye mu mpanuka yo mu […]

Le Royaume-Uni approuve l’envoyĂ© rwandais avant la rĂ©union du Commonwealth

Le Royaume-Uni a approuvĂ© le nouvel envoyĂ© du Rwanda dans le pays, Johnston Busingye, malgrĂ© les appels des critiques Ă  Londres pour rejeter la nomination. L’approbation intervient trois mois avant que Kigali n’accueille la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth prĂ©vue le 20 juin. L’ancien ministre de la Justice et procureur gĂ©nĂ©ral a Ă©tĂ© […]

U Rwanda rwagiye rurushaho kugirirwa icyizere kubera igisirikare cyarwo – Umufaransa

Umwe mu bayobozi bakuru mu gihugu cy’u Bufaransa aravuga ko imikorere y’igisirikare cy’u Rwanda yatumye igihugu kirushaho kugirirwa icyizere kandi hari inyungu ibihugu byombi bisangiye. Ibi byavuzwe mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura yasozaga uruzinduko rwe rw’akazi mu Bufaransa, aho yabonanye na mugenzi we, Gen Thierry Burkhard, basanzwe banaziranye akiyobora […]

ECOWAS yiyemeje kudatererana Burkina Faso nyuma yo kumva impamvu z’abahiritse ubutegetsi

Kuri uyu wa Kane ushize, uhagarariye Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) yavuze ko bazakomeza gukorana na Burkina Faso nubwo hari impungenge z’umugambi wa gisirikare wo kugumana ubutegetsi mu gihe cy’imyaka itatu nyuma yo guhirika ubutegetsi muri Mutarama. Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba (ECOWAS) wahagaritse Burkina Faso nyuma y’uko ingabo zimaze kwirukana ku […]

Le procĂšs d’une belle-mĂšre soupçonnĂ©e d’ĂȘtre liĂ©e Ă  la mort trĂšs mĂ©diatisĂ©e d’Elsie Akeza commence

Le procĂšs d’une femme soupçonnĂ©e d’ĂȘtre liĂ©e Ă  la mort trĂšs mĂ©diatisĂ©e d’Elsie Akeza Rutayombya, ĂągĂ©e de cinq ans, survenue en janvier de cette annĂ©e, a commencĂ© le jeudi 17 mars au tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge Ă  Nyamirambo. Marie-Chantal Mukanzabarushimana, belle-mĂšre du dĂ©funt, est la principale suspecte du dĂ©cĂšs survenu le 14 janvier. Le dĂ©funt […]

Nyanza: Mugimba wavanwe mu Buholandi yakatiwe imyaka 25 y’igifungo kubera jenoside

Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwahamije Jean-Baptiste Mugimba ibyaha bya Jenoside kandi rumuhanisha igifungo cy’imyaka 25. Iki gihano yagikatiwe kuri uyu wa Kane, itariki ya 17 Werurwe ku cyicaro cy’urukiko mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo. Mugimba yashinjwaga ibyaha byinshi byakoreye mu bice bya Nyakabanda na Nyamirambo ho mu Karere […]

Perezida Ramaphosa yashinje NATO kuba intandaro y’intambara yo muri Ukraine

Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Werurwe, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yashinje NATO kuba ari yo nyirabayazana y’intambara yo muri Ukraine maze avuga ko azamagana umuhamagaro wose wo kwamagana u Burusiya, amagambo yateye gushidikanya hibazwa niba azemerwa na Ukraine cyangwa Uburengerazuba nk’umuhuza. Ubwo yasubizaga ibibazo mu nteko ishinga amategeko, Ramaphosa yagize ati: “Intambara […]

Mali yiyemeje guhagarika ibitangazamakuru 2 mpuzamahanga by’Abafaransa

Abasirikare bayoboye igihugu cya Mali muri iki gihe bazahagarika ibitangazamakuru bibiri mpuzamahanga by’Abafaransa, RFI na France24, babishinja gutangaza amakuru y’ibirego by’ibinyoma ku gisirikare. Mu itangazo bashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane abayobozi ba Mali bavuze ko ibyo birego byacuzwe n’umuyobozi w’Ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu, Michelle Bachelet ndetse na Human Rights Watch, bigatangazwa […]

Le président burundais Ndayishimiye reçoit le cardinal rwandais Kambanda

Le prĂ©sident Evariste Ndayishimiye du Burundi a reçu jeudi 17 mars le cardinal Antoine Kambanda du Rwanda, dans la capitale burundaise, Gitega. Le dĂ©veloppement annoncĂ© par la maison Ntare Rushatsi, la maison d’État du Burundi, intervient deux jours seulement aprĂšs que le prĂ©sident Ndayishimiye a Ă©galement reçu une dĂ©lĂ©gation rwandaise de haut niveau dirigĂ©e par […]

OIF yashyize igaragaza aho ihagaze ku kibazo cy’intambara y’u Burusiya muri Ukraine

fn_i_vfwqaylcov.jpg

Nyuma y’igihe wotswa igitutu ngo ugaragaze aho uhagaze ku kibazo cy’intambara y’u Burusiya muri Ukraine, amaherezo kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) watoye umwanzuro usaba guhagarika intambara byihuse kandi nta mananiza mu nama ya 40 y’abaminisitiri bashinzwe francophonie mu nshingano zabo. Minisitiri wa Canada ushinzwe francophonie mu nshingano ze, […]

Belgique: Perezida Felix Tshisekedi yashimiye Imana kuba akiriho nyuma yo kubagwa

“Nagize umu ‘specialiste’ ukomeye wansannye. Ubu nshobora kugendana Minerve mu gihe runaka kugirango amagufa n’urutirigongo bitavunika. Imana ishimwe ndacyariho” ibi byatangajwe mu ntangiriro z’iki cyumweru na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubwo yari kuri ambasade y’igihugu cye mu Bubiligi aho yagiye kwivuriza. Mu kiganiro Perezida Tshisekedi yagiranye n’abakozi ba ambasade bari aho, yabijeje […]

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda 240 bambitswe Imidari y’ishimwe

Ku italiki ya 16 Werurwe, Umuryango w’abibumbye (UN) wambitse imidari y’ishimwe abapolisi 240 bagize itsinda ry’abapolisi (RWAFPU-1) bari mu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo mu rwego rwo kubashimira uburyo bakorana umurava n’ubunyamwuga. Umuhango wo kubashyikiriza iyo midari y’ishimwe wabereye I Malakal aho iryo tsinda ry’abapolisi rikorera akaba ari naho rikambitse. […]

Undi musirikare w’ipeti rya jenerali w’u Burusiya yiciwe muri Ukraine

Undi musirikare mukuru w’u Burusiya w’ipeti rya Jenerali yiciwe mu mirwano nk’uko byatangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine. Perezida Zelensky ntiytangaje izina ry’uyu musirikare mukuru w’u Burusiya, ariko umujyanama muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ya Ukraine yavuze ko Jenerali Majoro Oleg Mityaev yishwe na batayo igendera ku bitekerezo by’ubuhezanguni izwi ku izina rya Azov. Ibitangazamakuru […]

Le patron de l’AutoritĂ© rwandaise du logement (RHA) placĂ© en dĂ©tention provisoire

Le tribunal de premiĂšre instance de Kicukiro a renvoyĂ© mardi 15 mars en dĂ©tention provisoire de 30 jours Felix Nshimyumurenyi, le directeur gĂ©nĂ©ral de l’AutoritĂ© rwandaise du logement (RHA), et les co-accusĂ©s Felix Emile Mugisha, soupçonnĂ©s de corruption aprĂšs que le juge leur a refusĂ© la libĂ©ration sous caution . Lors de l’audience, qui a […]

Urubanza Kanyabutembo aregamo uwiyandikishijeho umutungo we rwongeye gusubikwa

Urubanza rugomba kugaragaza nyiri umutungo ukomeje guteza indyane hagati ya Kanyabutembo Virginie na Rugamba Xavier ushinjwa kwiyandikishaho umutungo utari uwe rwagombaga gukomeza kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe 2022, rwongeye gusubikwa nyuma y’uko ubushize rwari rwasubitswe na none nyuma y’aho umwunganizi w’uregwa yikuye mu rubanza ku itariki ya 3 Werurwe 2022. Umutungo Rugamba ashinjwa […]

Koreya ya Ruguru yagerageje ikintu bikekwa ko ari igisasu cya ICBM kirayipfubana

Igihugu cya Koreya ya Ruguru kuri uyu wa Gatandatu cyarashe ikintu kitamenyekanye ariko cyahise gipfuba nyuma yo kuraswa nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Koreya y’Epfo nyuma y’aho itangazamakuru ryo mu Buyapani ritangaje ko ari igisasu cya kirimbuzi. Iki kintu cyarashwe nyuma y’aho ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Koreya y’Epfo biteguje ko Koreya ya […]

ICJ irafata umwanzuro ku busabe bwihutirwa bwa Ukraine

Urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Gatatu rurafata umwanzuro ku busabe bwihutirwa bwa Ukraine busaba u Burusiya guhagarika ibitero byabwo, aho Ukraine ishinja u Burusiya kuyishinja ibinyoma bya jenoside kugirango bubone urwitwazo rwo gutera. Urukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera (ICJ) ruratanga umwanzuro warwo mu ku isaha ya saa cyenda ku isaha ndangamasaha ya GMT I La Haye […]

Julian Assange washinze WikiLeaks ashobora gukatirwa imyaka 175 y’igifungo muri Amerika

Urukiko rwo mu Bwongereza rwangiye Julian Assange washinze urubuga rwa WikiLeaks, kujuririra icyemezo cyo kumwoherereza Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimukurikiranyeho ibyaha by’ubugambanyi aho ashobora gukatirwa imyaka isaga 150 y’igifungo. Urukiko rwavuze ko rwanze ubujurire bwe kuko dosiye ye nta ngingo yo kugibwaho impaka ijyanye n’amategeko irimo. Iki cyemezo kikaba gisa nk’igishyira akadomo ku mbaraga […]

President Kagame a reçu encore le General Muhoozi à Kigali

Le prĂ©sident Paul Kagame a reçu lundi 14 mars dans son bureau le commandant des forces terrestres des Forces de dĂ©fense du peuple ougandais (UPDF), le gĂ©nĂ©ral de corps d’armĂ©e Muhoozi Kainerugaba. Muhoozi, qui est arrivĂ© Ă  Kigali lundi matin, Ă©tait dans le pays dans le cadre des efforts en cours pour normaliser les relations […]

Ku myaka ye 98 yatangiye amashuri abanza afite inzozi zo kuzaba umuganga

Umukecuru w’imyaka 98 wo mu gihugu cya Kenya witwa Priscilla Sitienei yiyandikishije mu ishuri ribanza afite inzozi zo kuzaba umuganga. Ku myaka ye 98, Priscilla Sitienei, ubu ni umwe mu banyeshuri b’ishuri ribanza, Leader’s Vision, ryo muri Erdoret, umwe mu Mijyi yo muri Kenya. Kuba yigana n’abana barenze kuba abuzukuruza be, nibihagarika ubushake afite bawo […]

Burundi-Uganda: Ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu ryahagurukije umuyobozi wo muri Amerika

Umunyamabanga w’agateganyo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe demokarasi, uburenganzira bwa muntu n’Umurimo, Lisa Peterson, yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ine mu bihugu byo mu karere bya Uganda n’u Burundi, bivugwamo ihonyorwa rikabije ry’uburenganzira bwa muntu. Uruzinduko rwe yaruhereye i Bujumbura kuri uyu wa Mbere, aho azava ejo kuwa Gatatu yerekeza muri Uganda. Uruzinduko rwe […]

Tchad: Maxim Mokom wahoze akuriye umutwe wa Anti-Balaka yashyikirijwe CPI

Maxime Mokom, wahoze akuriye umutwe wa Anti- Balaka muri Centrafrica, kuri uyu wa Mbere yashyikirijwe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (CPI) rumukurikiranyeho ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu. Ibyaha ashinjwa byakorewe i Bangui no mu bindi bice bya Centrafrica hagati ya 2013 na 2014. Igihugu cya Tchad yari yarahungiyemo nicyo cyamushyikirije CPI. Maxime Mokom yari umuyobozi w’umutwe wa Anti-Balaka […]

Burkina Faso: Abajandarume 13 bishwe abandi byibuze 8 baburirwa irengero

Abajandarume 13 ba Burkina Faso kuri uyu wa Mbere bishwe, abandi byibuze 8 baburirwa irengero mu gico bategewe ahitwa Taparko, akarere gakungahaye ku mabuye y’agaciro, gakunze kwibasirwa n’abajihadiste. Iki gico ku bajandarume bari mu irondo cyabaye kandi hashize umwanya abaturage babiri bamaze kwicwa n’igisasu cyaturikanye imodoka y’abagenzi yagikandagiye. Abandi benshi bakomeretse, barimo babiri bakomeretse bikabije. […]