Muhanga: Uko umwanditsi w’urukiko yafatiwe mu cyuho yakira ruswa
Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki 17 Nzeri 2021, Umwandisi wâUrukiko rwâIbanze rwa Kiyumba ukekwaho icyaha cyo gusaba no kwakira ruswa, yagejejwe imbere yâUrukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, kugira ngo Ubushinjacyaha bumusabire ibihano kuri icyo cyaha aregwa, ariko asaba ko urubanza rwe rusubikwa kuko umwunganizi we yihuje na dosiye atinze. Uyu mwanditsi w’urukiko akekwaho kuba ku […]
Gicumbi: Umugore w’imyaka 42 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 14
Kuri uyu wa Kane, itariki 16/09/2021, Ubushinjacyaha bwaregeye Urukiko umugore wâimyaka 42 yâamavuko, wo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Bushoki, Akagari ka Kayenzi, bukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 bumusabira gufungwa byâagateganyo iminsi 30. Iki cyaha cyakozwe ubwo uregwa yajyaga kureba umukecuru wâinshuti ye ngo age amufasha imirimo yo mu rugo avuye […]
Col. Isaac Zida wayoboye Burkina Faso yavuze ibyaba Perezida Ouattara ahiritswe
Col. Isaac Zida wigeze kuyobora Burkina Faso mu nzibacyuho iminsi 17 mu 2014, aravuga ko Perezida Alassane Ouattara wa Cote dâIvoire yahinduye itegeko nshinga kugirango ayobore manda ya gatatu, kubwâibyo akaba asanga ahiritswe ku butegetsi abaturage bakwishima. Uyu musirikare wabaye perezida wâinzibacyuho wa Burkina Faso nyuma yâimyivumbagatanyo yâabaturage yakuyeho Blaise Compaore ku itariki ya 31 […]
RURA igiye guhana yihanukiriye abashoferi bafata amafaranga yâabagenzi mu ntoki
Abashoferi bacyakira amafaranga yâabagenzi mu ntoki bagiye guhagurukirwa, aho ikigo cyâigihugu ngenzuramikorere kivuga ko kigiye kujya gishyira abantu muri bus bazajya bagenzura abashoferi kuko iyi mikorere ihombya ibigo bitwara abagenzi. â Kuba rero hari abashoferi babyitwaza bakaba bakwakira amafaranga mu ntoki kuko asanze abagenzi ku cyapa, ibyo bintu ntabwo byemewe. Ndabibutsa ko ubu dufite aba-staffs […]
Perezida wa Somalia yambuye ububasha Minisitiri wâIntebe, Hussein Roble
Minisitiri wâIntebe wa Somalia, Mohamed Hussein Roble, yambuwe ububasha bumwe nâumukuru wâigihugu, Mohamed Abdullahi Mohamed, bakunda kwita Farmajo nyuma yâaho aba bombi bamaze iminsi hari ibyo batumvikanaho. Asobanura impamvu yâiki cyemezo yafashe kuri uyu wa Kane, itariki 16 Nzeri, Perezida Farmajo yashinje Minisitiri wâIntebe gufata ibyemezo ahubutse kandi ko nta mubano mwiza afitanye na perezidansi. […]
Louise Mushikiwabo yahagaritse Guinea muri Francophonie
Umuryango wâibihugu bikoresha ururimi rwâIgifaransa (OIF) kuri uyu wa Kane mu nteko yawo idasanzwe yabereye I Paris wahagaritse igihugu cya Guinea mu muryango kubera coup dâetat iherutse gukorerwa uwari perezida wâiki gihugu, Alpha Conde. OIF yagumishijeho gahunda zâubufatanye bwâiki gihugu nâumuryango zirimo izo gushyigikira inzira yo gusubizaho ubutegetsi bugendera ku itegeko nshinga na demokarasi. Umunyamabanga […]
Huit autres Rwandais expulsĂ©s d’Ouganda
Huit Rwandais ont Ă©tĂ©, mercredi 15 septembre, expulsĂ©s par les autoritĂ©s ougandaises par la frontiĂšre de Kagitumba fait suite Ă plusieurs autres dĂ©portĂ©s d’Ouganda ces derniĂšres semaines. Les derniers arrivĂ©s ont Ă©tĂ© identifiĂ©s comme Ă©tant Theogene Harerimana, 33 ans ; Gilbert Hakizimana, 36 ans, Emmanuel Manirakiza, 24 ans, Cyprien Maniriho, 28 ans, Bosco Nyandwi, 30 […]
Inkambi ya Gihembe yari icumbikiye impunzi zâAbanyekongo igiye gufungwa
U Rwanda rufatanyije nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) bigiye gufunga inkambi yâimpunzi zâAbanyekongo ya Gihembe, iherereye mu Karere ka Gicumbi mbere yâuko uyu mwaka wa 2021 urangira. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho umukono na UNHCR na Minisiteri ifite ibibazo byâimpunzi mu nshingano zayo (MINEMA) havuzwe ko impunzi zisigaye muri iyi nkambi zigiye kwimurirwa mu […]
Ingabo zâu Bufaransa zishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara
U Bufaransa buravuga ko igisirikare cyabwo kishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara, Adnan Abu Walid al-Sahrawi, washinjwaga gutegeka iyicwa ryâAbafaransa batandatu bakoraga mu bikorwa byâubutabazi nâumushoferi wabo mu 2020, ndetse uyu akaba yashakishwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ibitero byo mu 2017 ku ngabo zazo muri Niger. âSahrawi yishwe nâingabo zâu Bufaransaâ, […]
CMI ihora ishakisha impamvu zo guhangana nâu Rwanda, aho gukemura ibibazo â Andrew Mwenda
Umunyamakuru Andrew Mwenda, wo muri Uganda akaba nâumuyobozi wâikinyamakuru, The Independent akomeje kunenga imyitwarire ya Uganda ku mubano mubi uri hagati yâigihugu cye nâu Rwanda byâumwihariko ukuntu Abagande bafite inkomoko mu Rwanda bakomeje gutotezwa bitwa intasi nyamara ntihagire nâumwe ugezwa mu rukiko. âBiragaragara, ukurikije umubano mubi cyane n’u Rwanda, ko Kigali igomba kuba ifite intasi […]
Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa muri Uganda kuva muri Mata 2019
Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa mu bice bitandukanye bya Uganda kuva muri Mata 2019 nkâuko byemezwa nâamakuru atandukanye arimo ayavuye mu bagize imiryango yâabishwe. Imirambo imwe yâAbanyarwanda bicwa yagiye ijugunywa ku mupaka mbere yâuko abayobozi ba Uganda bayishyikiriza u Rwanda. Iheruka nâiya Paul Bigirimana wâimyaka 47, wo mu Murenge wa Kaniga na Theoneste Dusabimana wâimyaka […]
Abadepite bashinjwa uruhare mu bwicanyi muri Masaka bongereweho iterabwoba
Ubushinjacyaha bwa Uganda bwashinje ibindi birego bishya byâiterabwoba abadepite babiri bo mu ishyaka NUP rya Bobi Wine, Mohammed Ssegirinya na Allan Ssewanyana, baherutse gutabwa muri yombi bashinjwa kugira uruhare mu bwicanyi bwâabantu bitwaje imihoro bwo muri Masaka, aho bareganwa nâabandi bantu bane. Imbere yâumucamanza wo mu rukiko rwa Masaka, Grace Wakoli kuri uyu wa Gatatu, […]
Un violeur en sĂ©rie arrĂȘtĂ© Ă Kigali
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© et dĂ©tenu un prĂ©sumĂ© violeur en sĂ©rie qui aurait trompĂ© des femmes et des filles en leur offrant des emplois dans l’intention de les violer. Le suspect identifiĂ© par RIB comme Ă©tant ThĂ©ogĂšne Bagaragaza, 35 ans, un habitant du quartier Gasabo de la ville de Kigali a […]
Bukavu: Inyubako ikoreramo ibinyamakuru birimo radio yâigihugu yahiye
Inkongi y’umuriro idasanzwe mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Bukavu yibasiye inyubako nini ikoreramo ibinyamakuru bigera kuri bine birimo ishami rya radio na televiziyo byâigihugu muri uyu mujyi. Nta muntu umuriro wahitanye, ariko “ibyangiritse ni byinshi”, nk’uko byatangajwe na JĂ©rĂ©mie Basimane, umuvugizi wa guverinoma y’intara. Iyi nyubako […]
Libya: Ingabo za Gen. Haftar zakozanyijeho nâinyeshyamba zivuganye Idriss Deby
Ingabo zâAbanyalibiya ziyobowe na Gen. Khalifa Haftar kuri uyu wa Kabiri zakozanyijeho nâinyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Tchad zahitanye Perezida Idriss Deby nkâuko byatangajwe nâibinyamakuru byegereye Haftar nka al-Hadath. Ingabo zo mu mutwe udasanzwe wa Tarek ben Ziyad, umwe mu mitwe ikomeye yâingabo za Gen. Haftar bivugwa ko wakoze operation ku bacanshuro nâinyeshyamba zâAbanya-Tchad zikorera ku […]
Ni ikibazo cyâigihe gusa Museveni akisanga mu mwanda wâamateka â Bobi Wine
Kuri uyu wa kabiri, perezida wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi (NUP), Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yagize ati: ” Ni ikibazo cyâigihe gusa kandi Perezida Museveni azarangirira mu mwanda w’amateka. “ Bobi Wine, wavuganaga nâumunyamakuru Marc Perelman wa France24 ari muri Afurika yâEpfo, yavuze ko Perezida Museveni ari mu nzira yo kuzarangira nkâabantu […]
Burundi: Umuntu utambaye agapfukamunwa azajya acibwa 100,000 Fbu yâamande
Amande yâamafaranga 100,000 yâAmarundi ni o agiye kuzajya acibwa umuntu wese uzajya ufatwa atambaye agapfukamunwa ahantu hateraniyeb abantu benshi mu mujyi wa Bujumbura u rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19 gikomeje gufata intera muri iki gihugu cyakunze kugikerensa. Umuyobozi wâUmujyi wa Bujumbura, Jimmy Hatungimana mu butumwa yageneye abayobozi batandukanye yagize ati â Mwe bayobozi mugiye […]
Hahishuwe ko Donald Trump yaba yari agiye gutera u Bushinwa mu mpera ya manda ye
Kubera gutinya guhubuka kwa Perezida Donald Trump mu gihe manda ye yari irimo kugera ku musozo, Umugaba Mukuru wâingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yahamagaye kuri telephone, ku itariki ya 30 Ukwakira nâitariki ya 8 Mutarama, mugenzi we wâu Bushinwa amwizeza ko Amerika itazatera u Bushinwa nkâuko byahishuwe mu gitabo âPerilâ, ugenekereje mu Kinyarwanda […]
Minisitiri wâIntebe wa Haiti arakekwaho uruhare mu iyicwa rya Perezida Jovenel Moise

Minisitiri wâIntebe wa Haiti, Ariel Henry, kuri uyu wa Kabiri yahagaritse ku mirimo ye Umushinjacyaha Mukuru wari urimo kumushinja kuba umwe mu bakekwaho kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida Jovenel Moise. Perezida Moise yishwe arashwe nâabicanyi barimo abacanshuro bamusanze mu rugo iwe ku itariki ya 7 Nyakanga 2021, mu murwa mukuru, Port-au-Prince. Minisitiri wâIntebe, Ariel […]
Kenya: Umusenateri yagejejwe mu rukiko ashinjwa ibyaha byâurukozasoni

Umusenateri wo muri Kenya witwa Mithika Linturi, yashinjwe ibyaha birimo gushaka gufata ku ngufu umugore w’imyaka 36 n’icyaha cy’urukozasoni. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 14 Nzeri 2021, ubwo yari yitabye umucamanza mukuru mukuru, Martha Nanzushi mu rukiko rwa Milimani, uyu musenateri utavugwaho rumwe yanashinjwe gukora igikorwa cyâurukozasoni. Ubushinjacyaha buvuga ko ku itariki ya 30 […]
Un homme d’affaires rwandais abattu au Mozambique
Un membre Ă©minent de la communautĂ© des rĂ©fugiĂ©s rwandais au Mozambique, qui avait dit Ă la police qu’il y avait un complot pour le tuer, a Ă©tĂ© abattu. RĂ©vocat Karemangingo avait Ă©tĂ© lieutenant dans l’armĂ©e rwandaise renversĂ©e en 1994 par le Front Patriotique Rwandais. Au Mozambique, il est devenu un homme d’affaires et n’a pas […]
Uganda: Abantu 4 mu muryango umwe batwikiwe mu nzu ari bazima
Polisi mu Karere ka Ntungamo iri gukora iperereza ku rupfu rwâabantu bane bo mu muryango umwe bahiriye mu nzu bikaba bivugwa ko inkongi yabahitanye yatewe nâumuntu. Abantu bahitanwe nâiyi nkongi ni Akampurira Obed wâimyaka 28, akaba se wâabana Ainamatsiko Innocent wâimyaka 10, Natwijuka Peterson wâimyaka 9 na Ainembabazi Patricia wâimyaka 7. Nyina wâabana witwa Birungi […]
Musanze: Umugabo akurikiranweho kwica nyina akoresheje ishoka
Umugabo wo mu Karere ka Gakenke akurikiranweho nâUbushinjacyaha icyaha cyo kwica nyina amukubise ishoka mu musaya. Icyaha ashinjwa cyakozwe ku itariki 22 Kanama 2021, ahagana saa kumi nâimwe (17h00) z’ umugoroba mu Mudugudu wa Ngezi, Akagari ka Kirabo, Umurenge wa Busengo, Akarere ka Gakenke aho uyu mugabo yafashe ishoka iwabo mu rugo yarangiza agasanga nyina […]
Abasaga 80 bamaze guhitanwa nâimyizure muri Sudani
Imyuzure yikurikiranya imaze guhitana abantu basaga 80 muri Sudani, mu gihe imaze gusenya ibihumbi byâinzu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Mbere nâumwe mu bayobozi bâiki gihugu. Muri rusange abantu 84 barapfuye naho 67 barakomereka muri leta 11 za Sudani kuva ibihe byâimvura byatangira,â uyu ni Abdel Jalil Abdelreheem, umuvugizi wa wâInama yâIgihugu ishinzwe umutekano wâabaturage […]
Uvira: Abasirikare baregwaga kwica abagore 4 bâAbanyamulenge bakatiwe
Abasirikare umunani ba FARDC, bari bakurikiranweho kwica abagore bane bâAbanyamulenge no gufata ku ngufu, kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Nzeri bakatiwe ibihano biremereye nâUrukiko rwa Gisirikare rwo muri Kivu yâAmajyepfo, rwari rwashinze icyicaro muri Minembwe, muri Teritwari ya Fizi. Amakuru agera ku rubuga LaPrunelleRDC.info, aravuga ko batandatu mu baregwa bahamijwe icyaha cyâubwicanyi no kugerageza […]
Sudani: Igisirikare cyateye utwatsi umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi
Igisirikare cya Sudani ku Cyumweru cyahakanye amakuru yavugaga ko muri iki gihugu haba harabaye kugerageza guhirika ubutegetsi nyuma yâihirikwa ryâubutegetsi muri Guinea. Amakuru atandukanye yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga kuwa gatandatu ushize yavugaga ko igisirikare cyaba cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi wa bamwe mu basirikare bakuru. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, igisirikare cyavuze ko ayo makuru yakwirakwijwe […]
Madamu Jeannette Kagame, Samia Suluhu ku rutonde rwâAbanyafurikakazi 100 bavuga rikijyana
Ikigo gishinzwe kwamamaza no gutanga amanota, Avance Media, cyashyize ahagaragara urutonde rwâabagore 100, barimo Jeannette Kagame nâAbandi Banyarwandakazi, bavuga rikijyana kurusha abandi bâAbanyafurika rugaragaraho amazina manini, abakiri bato na ba rwiyemezamirimo. Mu bihugu bikoresha Igifaransa uru rutonde ruriho abagore benshi bo muri Senegal, Abanyekongo n’Abanyarwanda. Uru rutonde rwa 2021 ruriho abayobozi bâibigo nâimiryango, abahanzi, abanyapolitiki, […]
Uko RDF yitabajwe abacanshuro bo muri Hong Kong, u Burusiya na Afurika yâEpfo bananiwe
Ku itariki ya 09 Nyakanga nibwo u Rwanda rwatangaje ko rwohereje abasirikare nâabapolisi 1,000 kurwanya ibyihebe byo mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, ariko Ingabo zâu Rwanda zoherejwe muri iki gihugu harabanje kugeragezwa uburyo butandukanye bwo kwirukana ibyihebe, burimo gushaka abacanshuro bo mu bigo bitandukanye byâabanyamahanga, ariko byarananiranye. Ku itariki ya 08 Kanama, Ingabo […]
Abavandimwe babiri bâimpanga biyemeje kubana nâumugore umwe

Umukobwa witwa Marie Josiane amakuru tutarahamya neza atangazwa na Gossip 24 avuga ko ari uwo mu Rwanda, aravugwaho gushakana nâabasore babiri bâimpanga akababera umugore. Aba bavandimwe bâimpanga bategereje umwana wabo wa mbere vuba nkâuko iyi nkuru ikomeza ivuga. Uyu mugore avuga ko yabanje kumenyena na gakuru (impanga yavutse bwa mbere) ariko utaramubwiye ko afite impanga […]
Umuyobozi wa Al-Qaeda, Ayman al-Zawahri, byari bizwi ko yapfuye yongeye kwigaragaza
Ayman al-Zawahri, umuyobozi wâumutwe w;âiterabwoba wa Al Qaeda byari bizwi ko yapfuye kuri uyu wa Gatandatu ushize, ubwo Amerika yizihizaga imyaka 20 ishize igabweho ibitero by’iterabwoba byo kuwa 11 Nzeri 2001, yagaragaye muri video yashyizwe ahagaragara nyuma yâamezi bivugwa ko atakiri ku Isi yâabazima. Ishyirahamwe SITE Intelligence ryâAbanyamerika rikurikiranira hafi amakuru atangazwa nâabakora iterabwoba biyitirira […]
Burundi: Abantu 12 bakomerekeye mu gitero cyâabantu bitwaje ibirwanisho
Abantu bitwaje intwaro batamenyekanye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize bakomerekeje abantu 12 babarashe mu gico bategeye ku muhanda RN7, ku musozi wa Cogo, muri Zone Vyuya, yo muri Komini Mugamba, mu Ntara ya Bururi mu gihugu cyâu Burundi. Abakomerekeye muri iki gitero bavuga ko ibi byabaye mu masaha ya saa mbiri zâijoro, ubwo babonaga […]
RDC: Abadepite beguje uwari Guverineri wâIntara ya Lualaba
Guverineri wâIntara ya Lualaba, Richard Muyej, yegujwe ku buyobozi bwâiyi ntara nâabagize inteko ishinga amategeko yayo , ariko Perezida wâumuryango, ASADHO, (l’Association africaine des droits de l’homme,) aravuga ko iyeguzwa rye rinyuranyije nâamategeko. Abadepite 11 muri 17 bagize inteko ni bo batoye iyeguzwa rya Guverineri Richard Muyej, wâiNtara ya Lualaba iherereye mu majyepfo ya Repubulika […]
Burundi: Ingabo ziryamiye amajanja ku mupaka nyuma yo kwikanga igitero
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 11 Nzeri, mu masaha ya nyuma ya saa sita ku mupaka wa Rugombo uhuza u Burundi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hagaragaye urujya nâuruza rudasanzwe rwâabasirikare, abapolisi ndetse nâImbonerakure bivugwa ko bari bikwije ibirwanisho kuva hasi kugeza hejuru, nyuma yo guhabwa amakuru ko inyeshyamba zâAbarundi ziri muri Congo zaba […]
OIF irashinjwa kuba igikoresho cy’ubutasi bwo hanze bwâu Bufaransa

Umwanditsi nâumunyamakuru wo muri Tunisia, Ahmed Safi SaĂŻd, ndetse wigeze guhatanira kuyobora iki gihugu mu 2014 no mu 2019, arashinja Umuryango wâibihugu bikoresha ururirimi rwâIgifaransa kuba igikoresho cyâubutasi bwo hanze yâu Bufaransa, ndetse byâumwihariko akemeza ko ibiro bya OIF i Tunis ari ibiro byâUrwego rwâubutasi bwo hanze yâu Bufaransa ruzwi nka DGSE. Ubwo yari kuri […]
Abarundi 13 nâUmunyamalawi wabafashije kwinjira mu gihugu batawe muri yombi
Urwego rushinzwe abinjira nâabasohoka na serivisi zâubwenegihugu muri Malawi, kuri uyu wa gatanu rwataye muri yombi Abarundi 13 bashinjwa kwinjira mu gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko nâumuturage wa Malawi umwe ushinjwa gufasha abanyamahanga kwinjira mu gihugu mu buryo butemewe. Itsinda riyobowe nâumuyobozi wâibiro byâabinjira nâabasohoka muri Chitipa, Spt. Mterekesya, ryabashije guta muri yombi aba Barundi […]
L’AutoritĂ© de l’aviation civile du Rwanda engagera l’industrie des systĂšmes d’aĂ©ronefs sans pilote
L’AutoritĂ© de l’aviation civile du Rwanda (RCAA) engagera l’industrie des systĂšmes d’aĂ©ronefs sans pilote (UAS) lors d’une retraite du 15 au 17 septembre 2021. Les systĂšmes d’aĂ©ronefs sans pilote (UAS) communĂ©ment appelĂ©s drones, au Rwanda ont continuĂ© Ă ĂȘtre intĂ©grĂ©s dans les tendances sociales et Ă©conomiques et changent positivement la façon dont les choses sont […]
FBI yasohoye amakuru mashya ku bitero byâiterabwoba byo kuwa 11 Nzeri 2001
Ubwo hibukwaga imyaka 20 ishize habaye ibitero byâiterabwoba bya Al Qaeda byibasiye New York na Washington, kuri uyu wa Gatandatu FBI yashyize ahagaragara inyandiko nshya zahishuwe ku iperereza ryerekeranye n’ibitero byo ku ya 11 Nzeri zigaragaza n’uruhare rushoboka rwa Arabiya Sawudite. Raporo yo ku ya 4 Mata 2016 yasubiwemo cyane nubwo yasobanuye uburyo abashimuse indege […]
RDC: Umugore wa Kabila yagize icyo avuga ku guhatanira kuba perezida utaha
Olive Lembe, umugore wa Joseph Kabila, wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aratangaza ko nta gahunda afite yo kuzahatana mu matora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu 2023, ariko ashobora gushyigikira umugabo we aramutse yongeye guhatanira gusubira mu ngoro yahozemo. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, itariki 11 Nzeri 2021, na Naason Kubuya Ndoole, […]
Museveni yitakanye abasirikare bakora iyicarubozo avuga ko atari we wabatoje
Perezida Yoweri Museveni yitakanye ingabo zâigihugu zivugwaho gukorera ibikorwa byâiyicarubozo abaturage ba Uganda ashimangira ko abakora ibi atari abo yitoreje ahubwo ari abatorejwe mu bihugu byâamahanga. Perezida Museveni yavuze ko abasirikare bijandika mu bikorwa nkâibyo byâubugizi bwa nabi, ari abasirikare bashya mu ngabo zâigihugu kandi baherewe imyitozo hanze yâigihugu. âBamwe mu bantu bakiri bato bashya […]
Mushikiwabo ahangayikishijwe na coups d’etat za hato na hato muri Francophonie
Nyuma yâaho mu nama yayo kuwa 8 Nzeri, CEDEAO ifatiye icyemezo cyo guhagarika igihugu cya Guinea mu muryango, kubera abasirikare bo muri iki gihugu bahiritse ku butegetsi Perezida Alpha Conde, Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF) Louise Mushikiwabo, ahangayikishijwe nâihirika ryâubutegetsi rya hato na hato mu bihugu bigize uyu muryango. Mu itangazo Afurika Yunze […]
Karongi: Urubanza ruregwamo Umushinwa iyicarubozo rwasubitswe kubera ururimi
Urubanza ruregwamo Umushinwa na bagenzi be bakekwaho bakekwaho ibyaha byâiyicarubozo, itwarwa nâifungiranwa ryâumuntu bitemewe nâamategeko nâicyaha cyo gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake; rwasubitswe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 08 Nzeri 2021 kugirango habanze hashakwe umusemuzi. Urukiko Rwibanze rwa Gihango rwasubitse urubanza rwagombaga kuburanisha ku ifunga nâifungurwa ryâagateganyo Umushinwa na bagenzi be batanu bakurikiranwe […]
Cinq officiers RDF promus au grade de colonel
Le prĂ©sident Paul Kagame, en sa qualitĂ© de commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises, a promu cinq officiers militaires du grade de lieutenant-colonel Ă celui de colonel. Selon un communiquĂ© publiĂ© par les Forces de dĂ©fense rwandaises le jeudi 9 septembre, ces promotions prennent effet immĂ©diatement. Parmi les officiers promus figurait François-RĂ©gis Gatarayiha […]
Ibimenyetso by’uko âUmushinga wa Muhooziâ wo gusimbura Museveni waba ari ukuri

Perezida Museveni yongeye guhakana yivuye inyuma ibyo kuba yaba arimo gutegurira umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, kuzamusimbura ku butegetsi igihe azaba amaherezo yemeye kuburekura, mu gihe ariko hari abatangiye ubukangurambaga bwo gukwirakwiza ko miliyoni zâAbagande zifuza Muhoozi nka perezida wabo utaha. âKuki nategura umuhungu wanjye? Abaturage ba Uganda barahari. Bazahitamo uwo bashaka,â ibi Perezida […]
La banque centrale met en garde les commerçants contre le transfert des frais de MoMo Pay aux clients
La Banque nationale du Rwanda (BNR) a mis en garde les entreprises contre le transfert des frais rĂ©cemment rĂ©introduits sur les transactions MoMo Pay aux clients. Mobile Money Rwanda a rĂ©introduit, le 1er septembre, des frais pour les commerçants, cette fois une commission de 0,5 pour cent, sur les paiements reçus via le mode de […]
Amafoto: Perezida Kagame yayoboye inama yâAkanama kâUbuyobozi Bukuru bwâingabo

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, akaba nâumugaba wâIkirenga wâIngabo zâu Rwanda, kuri uyu wa Kane, itariki ya 9 Nzeri 2021 yagiranye ibiganiro nâAbayobozi bakuru bâingabo. Ni inama ngarukamwaka ihuza Akanama kâUbuyobozi Bukuru bwa RDF (RDF High Command Council). Inama nkâiyi iheruka yabaye ku itariki 1 Ukuboza 2020, ubwo umukuru wâigihugu nabwo yagiranye ibiganiro nâabayobozi bakuru […]
Paris: Se wabo wa Perezida Bashar al-Assad yakatiwe imyaka ine yâigifungo
Kuri uyu wa Kane, urukiko rw’ubujurire rwa Paris rwemeje icyemezo cyahamije icyaha se wabo wa Perezida wa Siria, Bashar al-Assad, kubera kunyereza umutungo wa Leta muri Siriya, kunyereza iminyago no kubaka inyubako nyinshi mu Bufaransa akoresheje amafaranga yabonye mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Urukiko rwemeje igifungo cyâimyaka ine Rifaat al-Assad wâimyaka 84, yakatiwe mu mwaka ushize, […]
Burundi: Bahangayikishijwe nâimiborogo ituruka ahakorera urwego rwâubutasi
Abaturage batuye mu gace ka Kibogoye mu Ntara ya Muyinga, mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâu Burundi bahangayikishijwe nâimiborogo ituruka mu biro byâUrwego rwâigihugu rushinzwe iperereza (SNR) muri iyi ntara, aho batekereza ko abantu bahafungirwa bakorerwa iyicarubozo, ndetse abana babasaba ibisobanuro kuri ibyo bintu bakabura icyo babasubiza. Ibyo biro bya SNR bivugwa biri mu nyubako zâibiro byâintara […]
Coups dâetat 475 ku Isi , 200 muri Afurika, igihugu zabayemo nyinshi nâicyo muri Amerika
Ihirikwa ryâubutegetsi ritagezweho ryo ku ya 7 Mutarama 2019 muri Gabon ntacyo ryakoze ngo rikureho Afurika izina ryayo ribi mu bijyanye nâumudendezo wa politiki. Kuva mu 1950, kuri uyu mugabane hamaze kuba cuop dâetat zisaga 200 hafi kimwe cya kabiri cyafashije abaziteguye kugera ku ntego zabo, byibuze byâigihe gito. Ni mu gihe ku Isi hose […]
U Burundi bwavuye ku izima buhindura umuvuno mu kurwanya Covid-19
Abategetsi bâu Burundi bahinduye umuvuno mu bijyanye no kwirinda ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19 bakomeje gukerensa igihe kirekire, aho kuri ubu bavuye ku izima bagafata icyemezo cyo gufunga ahantu hose hahurira abantu benshi nkâibibuga byâumupira wâamaguru, ibitaramo, utubari, nâahandi nyuma yâaho mu byumweru bibiri bivugwa ko hamaze kuboneka abantu basaga 1100 banduye Covid-19 mu Ntara ya […]
Ubuvuzi bwa Kanseri yâinkondo yâumura bukomeje kugezwa mu bigo nderabuzima
Abagore bari hagati yâimyaka 30 na 49 bakanguriwe kujya kwisuzumisha ku bwinshi kanseri yâinkondo yâumura nyuma yâaho Ministeri yâubuzima yatangije ibikorwa byo kuvurira iyi kanseri mu bigo nderabuzima byo mu Karere ka Bugesera. Dr uwinkindi Francois, ushinzwe indwara zitandura mu kigo cyâigihugu gishinzwe ubuzima RBC, asobanura ko abagore bakuze batabashije kubona urukingo bakwiye kujya bisuzumisha […]
Yabaho Koreya ya Ruguru yizihije imyaka 73 imaze mu karasisi kadasanzwe

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuwa Kane, Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere yakoze akarasisi ko kwizihiza imyaka 73 igihugu kimaze kivutse ikoresheje imashini zihinga nâamakamyo ya kizimyamwoto aho kugaragaza ibisasu bya missiles birimo ubumara bwa kirimbuzi nkâuko yari isanzwe ibigenza yerekana ingufu zayo. Ibinyamakuru bitandukanye biravuga ko aka karasisisi kabaye […]
Muhanga: Umucungamutungo arashinjwa kunyereza umutungo wa SACCO Inyumba
Ku wa 6 Nzeri 2021, Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwashyikirijwe dosiye iregwamo Umucungamutungo wa SACCO Inyumba ya Kayumbu, ukekwaho icyaha cyo kunyereza umutungo nâicyo gukoresha inyandiko mpimbano, mu gihe Perezidante wâiyo SACCO we akekwaho icyo kutamenyekanisha icyaha cyâubugome. Kuva mu kwezi kwa 12/2020 kugeza mu kwezi kwa 04/2021, umucungamutungo wa SACCO Inyumba ya Kayumbu […]
Zimbabwe: Abakozi ba leta bahitishijwemo kwikingiza cyangwa kwegura
Mu rwego rwo gukomeza gukumira ikwirakwira ryâicyorezo cya Covid-19, Leta ya Zimbabwe yarushijeho gukaza ingamba kuri uyu wa Kabiri isaba abakozi ba leta, cyane cyane abarimu kwikingiza bakwanga bakegura ku mirimo yabo kugira ngo abantu barusheho kwitabira kwikingiza. âNiba ukoreshwa na guverinoma, mu rwego rwo kurengera abandi ndetse n’abo ukorera, ikingize. â uyu ni Minisitiri […]
Umuyobozi wa station ya polisi muri Mbarara yishwe nâabantu bitwaje intwaro
Abagizi ba nabi batamenyekanye, bitwaje imbunda nâimihoro, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri bishe ukuriye station ya polisi ya Ruharo, mu Mujyi wa Mbarara mu gihugu cya Uganda. Samson Kasasira, umuvugizi wa polisi muri Rwizi, yavuze ko uwishwe ari Richard Agaba wari uri mu kazi ubwo yagwaga mu gico cyâabagizi ba nabi bari bitwaje […]
Umuyobozi wa guverinoma nshya yâAbatalibani wafatiwe ibihano na Loni ni muntu ki?

Abatalibani bahaye Mullah Mohammad Hasan Akhund inshingano zo kuyobora Guverinoma yâagateganyo ya Afghanistan nyuma yâibyumweru hafi bitatu bisubije igihugu bari barambuwe mu 2001. Mullah Akhund ari ku rutonde rwâabafatiwe ibihano nâUmuryango wâAbibumbye kandi yari umuyobozi wâigihe kirekire wâurwego rufata ibyemezo rwâAbatalibani ruzwi nka âRehbari Shuraâ, cyangwa akanama yâubuyobozi. Yigeze kuba minisitiri wâububanyi nâamahanga na minisitiri […]
Kenya igiye gushinga ibiro biyihagarariye (Consulat) mu Mujyi wa Goma
Repubulika ya Kenya yatangaje ko igiye gufungura ibiro bihagarariye inyungu zayo cyangwa igisa nkâambasade (Consulat) mu Mujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru, binyuze mu masezerano hagati ya Perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we Uhuru Kenyatta. Ibi byatangarijwe itangazamakuru ryâi Goma kuwa Mbere, itariki 06 Nzeri 2021, bitangajwe na Edwin Afande, umuyobozi muri minisiteri […]
Institut Pasteur igiye gutangira igerageza ryâumuti wâicyorezo gihangayikishije Isi
Ikigo cyâubushakashatsi mu byâimiti cy’Abafaransa kizwi nka Institut Pasteur kirimo gushaka abantu magana barwaye Covid-19 batakingiwe ngo bakorerweho igeragezwa ryâumuti wâiki cyorezo gikomeje guhangayikisha abatuye Isi nâu Bufaransa byâumwihariko. Kuwa Mbere, iki kigo gifite icyicaro mu mujyi wa Lille cyatangaje ko cyamaze gusinyisha umurwayi wa mbere ngo akorerweho igerageza, mu cyiciro cya kabiri, ryahawe uburenganzira […]
Uganda: Abadepite 2 bafunzwe bashinjwa uruhare mu bwicanyi bwo muri Masaka
Abadepite babiri bo mu ishyaka rya NUP, rya Bobi Wine, ritavuga rumwe nâubutegetsi bwo muri Uganda, bagejejwe imbere yâurukiko bakurikiranweho kugira uruhare mu bwicanyi bumaze iminsi bwibasiye Akarere ka Masaka ndetse bahita boherezwa muri Gereza ya Kitalya. Aba badepite, Muhammad Ssegirinya na Allan Ssewanyana, bagejejwe imbere yâurukiko rwa Masaka kuri uyu wa Kabiri nyuma ya […]
Un homme arrĂȘtĂ© pour enregistrement frauduleux d’une personne non vaccinĂ©e
La police nationale du Rwanda (RNP) a arrĂȘtĂ© un homme soupçonnĂ© d’avoir saisi une personne non vaccinĂ©e dans la base de donnĂ©es afin d’obtenir un certificat de vaccination contre le Covid-19. L’arrestation de Safari Habimana, 27 ans, fait suite Ă l’information selon laquelle il avait enregistrĂ© une Vanessa Uwase comme vaccinĂ©e. Habimana a Ă©tĂ© prĂ©sentĂ© […]
Guinea: Abasivili bayoboraga intara basimbujwe abasirikare
Abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea muri weekend ishize barimo baragenda bigabanya imyanya yâubuyobozi aho kuri ubu intara nâuturere dutandukanye tuyobowe nâabasirikare. Ibihugu byo mu burengerazuba bwâAfurika byakangishije Guinea kuyifatira ibihano nyuma yâihirikwa rya Alpha Conde, wari umaze umwaka atangiye kuyobora manda ye ya gatatu itaravuzweho rumwe nyuma yo guhindura itegeko nshinga. Abayobozi bâibi bihugu bateganya […]