Gasabo: Urukiko rwakatiye umugabo wasambanyije umwana we akanamutera inda
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye igihano cy’igifungo cyâimyaka 20 umugabo wasambanyije umwana we akamutera inda. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaburanye urubanza bwaregagamo umugabo wasambanyije umwana yibyariye wari ufite imyaka 17 yâamavuko akamutera inda ku itariki ya 05 Ukwakira 2021. Ibi bikaba byarakozwe mu mwaka wa 2019 ubwo nyina wâumwana yari yarahukanye , uyu […]
Vingt officiers des Forces de dĂ©fense rwandaises suivent une formation d’observateurs militaires de l’ONU
Au total, vingt officiers supĂ©rieurs des Forces de dĂ©fense rwandaises (FDR) ont commencĂ© lundi 8 novembre la formation d’observateurs militaires Ă l’AcadĂ©mie rwandaise pour la paix dans le district de Musanze. Le “Cours de formation des formateurs d’observateurs militaires des Nations Unies” de deux semaines est organisĂ© par l’AcadĂ©mie rwandaise pour la paix (RPA) en […]
IRMCT: Umucamanza Theodor Meron wakunze kutavuga rumwe nâu Rwanda agiye kwegura
Umucamanza Theodor Meron wâimyaka 91 yamenyesheje Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, abinyujije kuri Perezida Carmel Agius, ko yifuza kwegura ku mirimo ye mu rukiko rwashyiriweho kurangiza imanza zitarangijwe nâurukiko rwashyiriweho u Rwanda (International Residual Mechanism for Criminal Tribunals). Iki cyemezo cye kizatangira gushyirwa mu bikorwa guhera ku itariki ya 17 Ugushyingo 2021, nyuma yâimyaka 20 ishize […]
RDC: Alain Sekimonyo Mutuze yagizwe umuyobozi wa CNSS Katanga III
Ubuyobozi bw’Intara bw’Ikigega cy’Igihugu gishinzwe Ubwiteganyirize bw’abakozi (CNSS) Katanga III bufite icyicaro i Kolwezi gifite Umuyobozi mushya. Yitwa Alain Sekimonyo Mutuze. Ihererekanyabubasha nâumuyobozi ucyuye igihe, Clete Kapend Kabeya, ryabaye kuwa Gatanu ushize, itariki ya 5 Ugushyingo 2021 riyobowe nâumuyobozi ushinzwe abakozi muri CNSS, Auguy Kalambayi Opola. Mu gushyira mu bikorwa icyemezo cyo gushyiraho abayobozi mu […]
Ibyo wabemenya kuri TPLF, uwari ubayoboye bafata igihugu mu 1991 ni nawe ubayoboye

Hashize umwaka Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, atangije intambara ku barwanyi bo mu Ntara ya Tigray yizeza intsinzi yihuse, ariko aba bamuhindukirijeho ibintu tukaba tugiye kurebera hamwe impamvu ibyo yatekerezaga bitabaye ndetse nâimpamvu ashobora kwisanga banamwambuye ubutegetsi. Kuva mu ntangiriro zâUgushyingo 2020, Igisirikare cya Ethiopia gihanganye nâabarwanyi bo muri Tigray bibumbuye mu mutwe wa […]
CEDEAO yakajije ibihano yafatiye abahiritse ubutegetsi muri Mali na Guinea
Umuryango wâUbukungu wâibihugu byo muri Afurika yâUburengerazuba (CEDEAO) kuri iki Cyumweru, itariki 07 Ugushyingo watangaje ko wagumijeho ibihano byafatiwe abayoboye ihirika ryâubutegetsi muri Guinea Conakry ndetse hagafatwa ibindi ku babuhiritse muri Mali. Ibi bikaba ari ibyemezo byafatiwe mu nama idasanzwe yâabakuru bâibihugu na za guverinoma zigize uyu muryango yabereye I Accra muri Ghana, aho bongeye […]
Ibihumbi byâAbanya-Ethiopia byazindukiye mu myigaragambyo yo gushyigikira guverinoma

Ibihumbi nâibihumbi byâabaturage ba Ethiopia kuri iki Cyumweru bazindukiye mu myigaragambyo yo gushyigikira Guverinoma ya Abiy Ahmed ihanganye nâinyeshyamba zishaka kwigarurira umurwa mukuru. Bamwe mu bigaragambya bamaganye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri mu bihugu byasabye ihagarikwa ryâimirwano hagati yâingabo za Ethiopia nâinyeshyamba ziyobowe na TPLF, bakajya mu biganiro. Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Akanama […]
Bimwe mu bigo by’abacanshuro bizwi bikomeye ku Isi

Ikintu gishya cyakomeje kugaragara mu ntambara mu mpera z’ikinyejana cya 20 no mu ntangiriro z’ikinyejana cya 21 ni ibigo bya gisirikare byigenga ndetse n’abashoramari bigenga. Buri ntambara iratandukanye, ariko zose bafite icyo zihuriyeho, nuko abasirikari bakuru bose cyangwa abayobozi b’ingabo, usibye ingabo zisanzwe baba bafite, bashaka gushimangira imbaraga zabo bakoresheje abasirikare bazi kurwana, kandi bakemera […]
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rugiye gusomera uwakubise nyina akamukomeretsa
Kuri uyu wa Mbere, itariki 08 Ugushyingo, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rurasoma urubanza rwumusore wâimyaka 29 wakubise nyina akamukomeretsa amuziza imitungo. Mu ntangiriro zâiki cyumweru dusoza nibwo mu cyumba cyâiburanisha cyâUrukiko Rwisumbuye rwa Huye haburanishirijwe urubanza Ubushinjacyaha buregamo umusore wâimyaka 29 wakubise nyina aramukomeretsa. Ni icyaha cyakozwe mu ijoro ryo ku wa 28 Nzeri 2021 […]
Minisitiri wâIntebe wa Irak, Mustafa al-Kadhimi, yarusimbutse
Minisitiri wâIntebe wa Irak, Mustafa al-Kadhimi, aravuga ko yaraye arusimbutse mu gitero cyagabwe aho atuye mu murwa mukuru, Baghdad mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu. Abayobozi bo muri Irak baravuga ko inyubako ya minisitiri wâIntebe, al-Kadhimi yagabweho igitero cya drone yari itezemo ibisasu bivugwa ko cyari kigamije kumuhitana. Amakuru yari yashyizwe ahagaragara mbere yavugaga […]
Burundi: Igisirikare cyakozanyijeho n’inyeshyamba mu ishyamba rya Kibira
Kuri uyu wa Gatanu ushize igisirikare cyâu Burundi cyacakiranye nâinyeshyamba mu Ishyamba rya Kibira ku nkengero zâuruzi rwa Buhora mu gace ka Rurarenda-Rwantsinda muri Zone ya Rwantsinda muri Komini Bukeye, mu Ntara ya Muramvya, kicamo inyeshyamba ebyiri igisirikare kitaratangaza imyirondoro yazo. Imirwano yabaye ubwo abasirikare bari ku irondo bageze hagati yâimidugudu ya Rurarenda na Rwantsinda, […]
Ntabwo ninjiye muri politiki nkeneye kwikungahaza â Col. Rtd Dr Kiiza Besigye
Col Rtd Dr Kizza Besigye yamenyekanye cyane mu bikorwa bya politiki kuruta umwuga we w’ubuvuzi avuga ko impamvu yagiye muri politiki atari uko hari inyungu yari akurikiyemo kandi zitari inzozi ze. Yabaye umukandida ku mwanya wa perezida inshuro enye, yabayeho kandi ahumeka politiki kuva igihe yahitagamo kureka akazi yakoraga muri Kenya akinjira mu ntambara yo […]
Un diplomate ougandais expulsé de Somalie
Le ministĂšre somalien des Affaires Ă©trangĂšres et de la CoopĂ©ration internationale a expulsĂ© le reprĂ©sentant spĂ©cial adjoint du prĂ©sident de la Commission de l’Union africaine dans le pays de la Corne de l’Afrique. Simon Mulongo, un haut diplomate ougandais, a Ă©tĂ©, selon une lettre du ministĂšre somalien Ă la Commission de l’UA Ă Addis-Abeba, accusĂ© […]
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Bugereki, Nikos Dendias ari mu Rwanda
Minisitiri wâUbubanyi nâamahanga wâu Bugereki, Nikos Dendias ari mu ruzinduko rwâakazi mu Rwanda, ahoyageze mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, akaba agomba kugirana ibiganiro na mugenzi we wâu Rwanda, Vincent Biruta ndetse na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame. Ku ikubitiro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali. Ibiganiro […]
Huye: Umusaza w’imyaka isaga 100 akurikiranweho icyaha cyo gupfobya jenoside
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye ruri mu rugendo i Save mu Karere ka Gisagara, kuwa gatatu, itariki 03 Ugushyingo rwatangiye kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha buregamo umugabo wâimyaka 101 ukekwaho gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Uregwa ashinjwa kuba yarakoreye icyo cyaha ku itariki 03 Kamena 2019 mu Mudugudu wa Musekera, Akagari ka Zivu, Umurenge wa Save […]
Sudani: Abaminisitiri 4 bafunzwe nyuma yo guhirika ubutegetsi bagiye kurekurwa
Umuyobozi wâIngabo za Sudani, General Abdel Fattah al-Burhan yategetse ko abaminisitiri bane bâabasivili batawe muri yombi ubwo bigaruriraga ubutegetsi mu cyumweru gishize bafungurwa. Kuri uyu wa Kane, Televiziyo ya Sudani yavuze ko abo baminisitiri bane ari: Hashem Hassab Alrasoul, minisitiri wâitumanaho; Ali Geddo, minisitiri wâubucuruzi; Hamza Baloul, minisitiri w’itangazamakuru; na Youssef Adam, minisitiri wâurubyiruko na […]
Minisitiri wâIntebe yahawe ntarengwa yo gukemura ikibazo cyâibyuka biva muri SteelRwa
Abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe wâAbadepite basabye Minisitiri wâIntebe gukemura, mu myaka ibiri, ikibazo cyâibyuka bihumanya bisohorwa nâuruganda rukora ibyuma rwa SteelRwa ruherereye mu Karere ka Rwamagana, abaturage bavuga ko bibagiraho ingaruka. Mu mwanzuro wemejwe ku wa Gatatu, itariki ya 3 Ugushyingo, abadepite basabye Minisitiri wâintebe kubagaragariza raporo yâibizaba biba byagezweho mu gukemura iki kibazo […]
Rutshuru: Inyeshyamba za Mai-Mai zasubiranyemo abagera kuri batanu baricwa
Inyeshyamba ya Mai-Mai yishe bagenzi bayo bane kuwa Kabiri ushize, itariki 02 Ugushyingo 2021 ahitwa Kyasenda, agace gaherereye muri Komini Kibirizi, muri Teritwari ya Rutshuru, muri Kivu yâAmajyaruguru. Uyu wishe bagenzi be nawe yishwe kuwa Gatatu nâingabo za FARDC. Amakuru yageraga kuri 7sur7.cd yatanzwe na burugumesitiri wâiyi komini, DĂ©ogratias Kimathe, yavugaga ko inyeshyamba za Mai-Mai […]
Tuzashyinguza umwanzi amaraso yacu â Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 03 Ugushyingo, Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yasezeranyije “gushyinguza abanzi bâigihugu cye amaraso yacu”. Abiy Ahmed yabivugiye ku isabukuru yâumwaka ushize guverinoma itangiye kurwana nâinyeshyamba zo mu majyaruguru yâigihugu zivuga ko ziteguye gufata umurwa mukuru vuba. Minisitiri wâintebe mu ijambo rye ku cyicaro gikuru cyâingabo i Addis -Abeba, yagize […]
Joseph Kabila arashinjwa kuriganya umuntu diyama ifite agaciro ka miliyari yâamadolari
Sosiyete sivile yo muri KasaĂŻ-Oriental izwi nka Nouvelle SociĂ©tĂ© Civile Congolaise (NSCC), kuri uyu wa Kabiri ushize yashinje Joseph Kabila, wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufatira diyama yâuwitwa ThĂ©odore Mbiya Kalala, ingana na carats 822 yabonetse muri Bena Ciswaka mu 2005 ifite agaciro ka miliyari yâamadolari ku isoko. Iyi sosiyete sivile […]
Paris: Urukiko rwahannye abibasiye igisonga cya Miss France
Urukiko rwo mu Bufaransa kuri uyu wa Gatatu rwaciye amande abantu barindwi kubera ubutumwa bwo kwibasira Abayahudi bwari bugenewe Igisonga cya Miss France ku mbuga nkoranyambaga. April Benayoum, wahataniye ikamba rya Nyampinga wâu Bufaransa mu Ukuboza yibasiwe na bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bamuha ubutumwa bwâurwango nyuma yo gutangaza ko se akomoka muri Israel. Amagambo […]
Museveni yahamagaje inama yâabayobozi ba Afurika yâIburasirazuba yo kwiga kuri Ethiopia
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yahamagaje inama yâabayobozi ba Afurika yâIburasirazuba ku itariki ya 16 Ugushyingo, igomba kuganirirwamo ikibazo cyâintambara yo muri Ethiopia. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane nâUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga ya Uganda, Okello Oryem nkâuko iyi nkuru dukesha Reuters ivuga. Yagize ati â Perezida Museveni arimo kuvugana na Minisitiri […]
Abayobozi bâuturere birukanwe, beguye cyangwa begujwe muri manda ishize
Mu gihe amatora yâabayobozi bâibanze yegereza umusozo, bisa nkâaho Meya wâAkarere ka Gakenke, Deogratias Nzamwita ari we wenyine ugiye kurangiza manda ye ya kabiri yâimyaka 5 mu gihe abandi benshi bagiye beguzwa cyangwa bagahindurirwa imirimo nkâuko tugiye kubireba. Nzamwita yatowe bwa mbere mu 2011, yongera gutorwa mu 2016 nyuma yo kurangiza neza manda ye ya […]
USA yafatiye ibihano ikigo cyakoze software ikoreshwa mu kumviriza telephone
Ubuyobozi bwa Perezida Joe Biden bwashyize ku rutonde rwâumukara ikigo cyo muri Israel, NSO Group cyakoze software ikoreshwa mu butasi izwi nka Pegasus iherutse kuvugisha Isi yose nyuma yâaho bigaragariye ko yaba yarakoreshejwe mu kumviriza telephone z’abatavuga rumwe n’ubutegetsi ndetse n’abayobozi batandukanye barimo abâibihugu byâibihangange nka Perezida Emmanuel Macron wâu Bufaransa. Ubuyobozi bwa Biden bushinja […]
Kamembe: Arashinjwa kwica se akanigamba ko iyo abona mukase aba yarabirangirije rimwe
Urukiko rwâIbanze rwa Kamembe kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Ugushyingo 2021 rwahaye ishingiro icyifuzo cyâUbushinjacyaha maze rutegeka ko umusore wâimyaka 24 ukekwaho kwica ise akurikiranwa afunzwe byâagateganyo iminsi 30 muri gereza. Icyaha uregwa ashinjwa cyakozwe ku itariki ya 14 Ukwakira 2021 ahagana saa moya zâijoro bikaba byarabereye mu karere ka Rusizi, umurenge wa Rwimbogo, […]
Fonds d’investissement continental de 250 millions de dollars créé Ă Kigali
Le Centre financier international de Kigali a annoncĂ© l’entrĂ©e d’un fonds d’investissement de 250 millions de dollars baptisĂ© Virunga Africa Fund I, qui investira dans des secteurs capables de stimuler la croissance Ă©conomique et la transformation sociale Ă travers l’Afrique. Les principaux investisseurs du fonds sont la Qatar Investment Authority (QIA) et le Office rwandais […]
Addis Abeba ishobora kwigarurirwa mu mezi cyangwa ibyumweru – Inyeshyamba
Umurwa mukuru wa Ethiopia, Addis Abeba, ushobora kwigarurirwa nâinyeshyamba mu “mezi niba atari ibyumweru”, nk’uko Umutwe uharanira kubohoza Oromo (Oromo Liberation Army) ufatanya na TPLF wabitangarije AFP kuri uyu wa Gatatu. Umutwe wa TPLF nawo uharanira ubwigenge bwâIntara ya Tigray ariko ushaka kwigarurira igihugu nâubundi wigeze kuyobora, umaze umwaka urwanya leta ya Minisitiri wâIntebe Abiy […]
Abayoboye FIFA na UEFA bagiye gutangira kuburana nyuma y’imyaka 6 y’iperereza
Sepp Blatter wahoze ayobora FIFA na Michel Platini, wahoze ayobora UEFA, kuri uyu wa Kabiri bashinjwe nâubushinjacyaha bwâu Busuwisi ibyaha byâuburiganya nâibindi byaha nyuma yâiperereza rimaze imyaka 6 ku mafaranga miliyoni 2$ yishyuwe ataravuzweho rumwe. Blatter w’imyaka 85 na Platini w’imyaka 66 y’amavuko ubu bazatangira kuburanishwa mu mezi make mu rukiko mpanabyaha rwa leta muri […]
Ethiopia: Abadipolomate nâabanyamahanga batangiye guhunga Addis Abeba
Amakuru aturuka muri Ethiopia aravuga ko nyuma yâaho Leta itangarije ibihe bidasanzwe mu gihugu hose, na nyuma yâaho inyeshyamba za TPLF zikomeje gufata imijyi yâingenzi zegera imbere zisatira umurwa mukuru, abadipolomate batandukanye bakorera muri iki gihugu batangiye guhunga. Minisitiri wâIntebe, Abiy Ahmed, yahamagariye abanyagihugu gufata intwaro bakarwana ku murwa mukuru, Addis Abeba, bakawurinda ko ugwa […]
Eric Adams wahoze ari umupolisi agiye kuba Meya wa 2 wa New York wâUmwirabura

Eric Adams wahoze ari captain mu gipolisi yatsindiye kuba Meya wâUmujyi wa New York nyuma yo gutsinda mu matora umurepubulikani, Curtis Sliwa, bari bahanganye. Adams ugiye kuba umwirabura wa kabiri uyoboye umujyi wa mbere munini kurusha iyindi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabanje gutsindira guhagararira ishyaka ryâAbademokarate mu matora yâibanze nyuma yo kugaragaza ko […]
Barindwi barimo umunyamakuru Nsengimana bamenyeshejwe imiterere y’ibyaha baregwa
Ubushinjacyaha mu Rwanda burasabira abarwanashyaka bâishyaka Dalfa Umurinzi nâumunyamakuru Theoneste Nsengimana kuba bafunzwe byâagateganyo mu gihe cyâukwezi nyuma yo kumenyeshwa kuri uyu wa kabiri ibyaha baregwa uko ari barindwi mu Rukiko rwâIbanze rwa Kicukiro. Buravuga ko bukibakoraho iperereza ku byaha bubakurikiranyeho. Burabarega ibyaha bine byo gushaka guhirika ubutegetsi buriho. Abaregwa bamwe bemera ibikorwa bakabisabira imbabazi […]
Mali: Umufaransakazi wamaze imyaka ine yarashimuswe wari umaze umwaka arekuwe yongeye kubura
Umufaransakazi Sophie Petronin wakoraga mu bikorwa byâubutabazi wari umaze umwaka abohowe nyuma yâimyaka ine yarashimuswe nâibyihebe mu majyaryguru ya Mali, yasubiye muri iki gihugu none yongeye kubura nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri nâikinyamakuru Liberation cyo mu Bufaransa. Iki kinyamakuru cyatangaje ko Petronin wâimyaka 76 ufite ikigo gifasha abana bafite ibibazo byâimirire mibi nâimfubyi washimutiwe […]
Vous pouvez aller en prison jusqu’Ă 7 ans pour falsifier les rĂ©sultats de Covid-19 – Police
La police a mis en garde le grand public contre la falsification des rĂ©sultats des tests Covid-19 alors qu’ils se rendent dans des endroits nĂ©cessitant la prĂ©sentation de rĂ©sultats de tests nĂ©gatifs. L’avertissement a Ă©tĂ© Ă©mis par le CP John Bosco Kabera, le porte-parole de la Police nationale du Rwanda (RNP), lors de son apparition […]
Umuzungukazi yatunguye benshi ajya mu ishyaka EFF rizwiho kwanga abazungu

Umwangavu wâUmuzungukazi witwa Jess Griesel aherutse gutungura abatari bacye agaragara yambaye ingofero itukura yâishyaka riharanira ubwisanzure mu bukungu muri Afurika yâEpfo (EFF), ishyaka rigamije guhindura imiterere ya politiki yâigihugu. Ni umukobwa wâumunyeshuri wâimyaka 19, umuzungukazi uvuga ururimi rwa afrikaans rukoreshwa nâabazungu bo muri Afurika yâEpfo, uherutse gutorerwa kujya mu nama ihagarariye abanyeshuri (SRC) muri Kaminuza […]
Rubavu: Ushinjwa kwica umugore we amutemaguye yasabiwe igihano
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye bwa Rubavu mu cyumweru gishize bwasabiye igihano cyâigifungo cya burundu umugabo ukurikiranyweho kwica umugore we amutemaguye. Icyaha ashinjwa cyakozwe ku italiki ya 23 Nzeri 2021, ahagana saa cyenda zâijoro, mu Murenge wa Busasamana, Akarere ka Rubavu, ubwo umugabo yatemaguye umugore we amutemesheje umuhoro aramwica. Nyuma yo kubona ko amaze kumwica, yahise […]
Asanga Zimbabwe ikwiye kwigira ku Rwanda mu gukemura ingaruka za “Gukurahundi”
Umwe mu banyamategeko bakomeye mu gihugu cya Zimbabwe, Ephraim Ndlovu, asanga igihugu cye gikwiye kwigira ku Rwanda mu gukemura ibibazo byatewe nâubwicanyi bwakorewe abaturage bâAba-Ndebele bwiswe âGukurahundiâ. Nubwo Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda yabaye nyuma yâubwicanyi bwa Gukurahundi, ingaruka zayo zashakiwe igisubizo hakoreshejwe urukiko mpuzamahanga ndetse nâinkiko gacaca. Ndlovu uvuka ahitwa Silobela, igice nacyo cyakozweho […]
Ethiopia: Minisitiri wâIntebe avuga ko hari abanyamahanga bari gufasha TPLF
Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, kuri uyu wa Mbere yatangaje ko abarwanyi bâabanyamahanga barimo abazungu nâabirabura bafashije umutwe wa TPLF mu mirwano iherutse kubera mu mijyi ya Dessie na Kombolcha uyu mutwe uvuga ko iri mu maboko yawo. Ibi Abiy Ahmed yabitangarije mu nama yagiranye nâabagize guverinoma, mu gihe hari amakuru avuga ko abarwanyi […]
Uko urukundo rwabaye imbarutso yâintambara hagati ya Uganda na Tanzaniya

Intambara hagati ya Uganda na Tanzania yabaye intandaro yo kuva ku butegetsi kwa Idi Amin yamenyekanye nkââIntambara yo mu 1979â, ubundi yatangiye mu Ukwakira 1978, nyuma yâumunsi umwe Uganda yizihije isabukuru yâimyaka 16 yari imaze ibonye ukwishyira ukizana. Uko urukundo rwabaye intandaro Mu ijoro ryo ku itariki ya 10 Ukwakira 1978, Uganda yateye Tanzaniya. Mu […]
Minisitiri wâIntebe yitabiriye inama ya COP26 yavugiwemo amagambo akomeye

Minisitiri wâintebe wâu Rwanda, Dr Edouard Ngirente yitabiriye kuri uyu wa Mbere Inama Mpuzamahanga ya 26 ku Mihindagurikire y’Ikirere (COP26), i Glasgow. Muri Ecosse ahagarariye Perezida Paul Kagame, aho yakiriwe na Elizabeth Truss, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza na Patricia Espinosa, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe Imihindagurikire yâIkirere (UNFCCC), inama yavugiwemo amagambo akomeye cyane […]
Les pays en développement doivent bénéficier davantage de la facilité de réserve du FMI

Le prĂ©sident Paul Kagame a lancĂ© un appel de ralliement aux dirigeants mondiaux pour qu’ils s’engagent davantage dans la rĂ©affectation des droits de tirage spĂ©ciaux (DTS), en fonction des besoins. Le chef de l’Ătat s’exprimait lors d’une session sur le dĂ©veloppement durable lors du sommet du G20 qui vient de s’achever Ă Rome, en Italie. […]
U Bwongereza bwahaye Abafaransa amasaha 48 yo kuba bavuye mu mazi yabwo

Igihugu cyâu Bwongereza kuri uyu wa Mbere cyahaye u Bufaransa amasaha 48 yo kuba bwavuye mu mazi yabwo buroberamo mu makimbirane ashingiye ku mafi ashobora kuvamo nâashingiye ku bucuruzi amaze iminsi hagati yâibihugu byombi bitaba ibyo bugafatirwa ibihano biteganywa mu masezerano yâubucuruzi ajyanye no kwivana muri E.U kwâAbongereza (Brexit trade deal). U Bufaransa bushinja u […]
Umusigiti wa Macca ni yo nyubako ihenze ku Isi iyikurikira iyikubye inshuro hafi 10

Umusigiti wa Macca uzwi nka Masjid al-Haram muri Arabia Saoudite ni yo nyubako ya mbere ihenze ku Isi umuntu atatinya kuvuga ko ari nayo yâibihe byose kuko watwaye akayabo ka miliyari 100 zâAmadolari mu gihe inyubako iwukurikira mu guhenda yatwaye miliyari 15 $ zonyine nkâuko bigaragara ku rutonde rwâinyubako 10 zihenze ku Isi nkâuko tubikesha […]
Umupilote wâUmunyatanzaniya amaze iminsi aburiwe irengero nâindege yari atwaye
Umupilote wâindege wâUmunyatanzaniya yaburiwe irengero nâindege yari atwaye ubwo yari ari mu butumwa agana muri Pariki ya Selous Game Reserve. Uyu mupilote witwa Samwel Gibuyi, ukorera umuryango ushinzwe kubungabunga inyamanswa zo muri pariki witwa Pams Foundation yabuze ku itariki 18 Ukwakira 2021 ubwo yari mu ndege ava mu mudugudu wa Matemanga, muri Ruvuma agana kuri […]
Burundi: Intara ya Cibitoke iranze ibaye irimbi ryâAbarundi bicwa nâabataramenyekana
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru muri Komini Rugombo mu Ntara ya Cibitoke, hongeye kugaragara imirambo itatu yâabagabo nâumwe wâumugore bishwe ku muhanda wa gatatu mu mudugudu wa Mparambo 2 muri metero byibuze 500 uvuye ku Ruzi rwa Rusizi., aho abayobozi bavuga ko hataramenyekana imyorondoro yâabapfuye. Ahagana saa tatu zâigitondo nibwo abashumba babonye iyi mirambo […]
Uganda: Guhera kuri uyu wa Mbere nta wemerewe kwinjira mu nteko atarikingije
Guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Ugushyingo, abadepite, abakozi nâabasura inteko ishinga amategeko bikingije Covid-19 nibo bemerewe kuyinjiramo gusa nkâuko byatangajwe na Guverinoma ya Uganda. Mu itangazo rigenewe abadepite bose nâabakozi bâinteko ryasohowe na Waiswa Henry Yoweri mu izina ryâumwanditsi mukuru wâinteko, Adolf Mwesigye, abadepite nâabakozi bamenyeshejwe ko aya mabwiriza yatanzwe na visi perezida […]
Ethiopia: TPLF ivuga ko yafashe Umujyi wa Kombolcha isatira Addis Abeba
Ingabo za TPLF ziharanira ukwishyura ukizana kwâIntara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia ziravuga ko kuri iki Cyumweru gishize zafashe undi mujyi wâingenzi nyuma yâifatwa ryâUmujyi wa Dessie. Abarwanyi bâuyu mutwe bivugwa ko bafashe Umujyi wa Kombolcha nâikibuga cyâindege cyawo nkâuko byatangajwe nâumuvugizi, Getachew Reda. Ifatwa rya Kombolcha kimwe na Dessie ngo nâingenzi cyane ku […]
Amafoto: Perezida Kagame yongeye guhura na Perezida Macron i Roma n’abandi bayobozi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, witabiriye inama y’ibihugu 20 bikize kurusha ibindi ku Isi (G-20) ibera i Roma mu Butaliyani guhera kuri uyu wa Gatandatu kugeza kuri iki Cyumweru, itariki 31 Ukwakira, yabonanye n’abayobozi batandukanye bakomeye ku Isi barimo mugenzi we w’ u Bufaransa, Emmanuel Macron baherukana muri Gicurasi ubwo yasuraga u Rwanda, n’abandi barimo […]
Ethiopia: TPLF ntivuga rumwe na leta ku ifatwa ryâUmujyi wa Dessie
Ingabo za Tigray zavuze ko zafashe umujyi ukomeye wa Dessie mu karere ka Amhara uhana imbibi na Tigray, nk’uko byatangajwe nâumuvugizi wa TPLF nâabaturage ariko guverinoma ya Ethiopia ikabihakana. Umuvugizi wa guverinoma ya Ethiopia, yahakanye ko abarwanyi ba TPLF bafashe Dessie, avuga ko umujyi ukiri mu maboko ya leta. Abaturage babwiye Ibiro Ntaramakuru byâAbafaransa, AFP, […]
Amerika igiye kugerageza intwaro yâakataraboneka izaba isohora kilowatt 300
Kuri iki cyumweru, Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye itsinda ririmo Boeing amasezerano yo kubaka intwaro ya laser (Laser weapon) isohora kilowatt 300 zâamashanyarazi yâigisirikare cyâAmerika. Igisirikare “kizerekana” igishushanyo mbonera mu mwaka utaha. Biravugwa ko iyi ntwaro “izatanga umusaruro wâintwaro yica kuruta ikintu cyose cyakozwe kugeza ubu”, nk’uko byatangajwe na General Atomics Electromagnetic […]
Afghanistan: Abantu batatu biciwe mu bukwe bazira imiziki yacurangwaga
Abantu bitwaje intwaro biyitaga Abatalibani bagabye igitero mu bukwe mu burasirazuba bwa Afghanistan bagiye guhagarika imiziki yari iri kubucurangirwamo abantu batatu bahasiga ubuzima nkâuko byatangajwe na Guverinoma kuri uyu wa Gatandatu. Umuvugizi wa Guverinoma yâAbatalibani, Zabihullah Mujahid, yavuze babiri mu bantu batatu bagabye iki gitero batawe muri yombi ndetse avuga ko ibi babikoze ku giti […]
Menya imishahara ya ba ofisiye mu Gisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Akazi ka gisirikare usibye gukunda igihugu no kwiyemeza kukirwanira utitaye ku mushahara uzagakuramo, hari bamwe bagafata nkâakazi gakorwa nâabantu babuze akandi kazi, ariko ni kamwe mu kazi kinjiza amafaranga menshi hagendewe ku kuntu ugakora agenda azamuka mu ntera cyane cyane mu bihugu byateye imbere nkâuko tugiye kubereba mu Gisirikare cya Amerika nk’uko tubikesha topbunt.com O-10 […]
RDC: Abapadiri Gatolika bahaswe ikiboko n’abapolisi muri paruwasi yâi Kinshasa
Abapolisi bitwaje imbunda n’ibiboko ku wa Gatanu, binjiye muri paruwasi ya Sainte Famille yo mu gace ka Righini muri Komini ya Lemba, maze bahata ikiboko abapadiri baho, bashinjwa ko bangiye kwinjira mu mashuri abanyeshuri babo kwakira inama za politiki muri paruwasi. Video yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga yerekana abapolisi bambaye imyambaro yâabarwanya imyigaragambyo bafite ibiboko byabo […]
Abahoze bakorera Atlantis Microfinance yafunze imiryango baratabaza
Kuva mu 2019 ikigo cy’imari iciriritse, Atlantis Microfinance, cyafunga imiryango, bamwe mu bagikoreraga cyabasigariyemo imishahara yabo kitabishyuye na n’ubu batarabona bagasaba kurenganurwa n’inzego zibishinzwe. Ni abakozi bagera kuri 11 bavuga ko nyuma y’uko iki kigo gihombye bikaba ngombwa ko gikinga imiryango, basezeranyijwe kwishyurwa none bakaba bategereje igihe gisaga imyaka 2 batarishyurwa. “Kuva muri Nyakanga 2019 […]
Un suspect de gĂ©nocide quitte dĂ©finitivement les Ătats-Unis aprĂšs sa dĂ©naturalisation
Un natif du Rwanda, rĂ©sidant le plus rĂ©cemment Ă Buffalo, New York, a Ă©tĂ© dĂ©naturalisĂ© par consentement et a quittĂ© les Ătats-Unis en vertu d’une ordonnance d’expulsion Ă la suite du dĂ©pĂŽt d’une plainte citant son implication prĂ©sumĂ©e dans le gĂ©nocide contre les Tutsis en 1994. Selon des documents judiciaires, Peter Kalimu, alias Pierre Kalimu, […]
Umunyarwanda wabeshye ngo abone ubwenegihugu yarabwambuwe
Umunyarwanda wari utuye mu gace ka Buffalo, muri New York, yambuwe ubwenegihugu bwa Amerika anirukanwa muri iki gihugu nyuma yo kubeshya imyirindoro ye kandi ashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Nkâuko bigaragara mu nyandiko zâurukiko, Peter Kalimu, uzwi ku izina rya Pierre Kalimu, uzwi kandi ku izina rya Fidele Twizere, […]
Uganda: Abashinwa 5 bafashwe bagiye kwica umushoramari mwene wabo wâUmushinwa
Abayobozi bâigipolisi kuri station nkuru ya Kampala nâabayobozi mu rukiko rwa Buganda baravugwaho akagambane mu gushaka kurekura abicanyi 5 bâAbashinwa bari bavuye mu gihugu cyabo bagiye kwica umushoramari wâUmushinwa mugenzi wabo ukorera mu Karere ka Mpigi muri Uganda. Abakekwaho gushaka kwica ni Chen Jianwen, Chen Jiannting, Hen Shuqin, Lin Jinfen na Calvin Li Kang Yuan […]
Papa Fransisiko yakiriye Perezida Biden witabiriye inama ya G-20 i Roma
Perezida Joe Biden kuri uyu wa Gatanu yahuye na Papa Fransisiko I Vatican, mu ruzinduko rufatwa nkâurwe ku giti cye mmbere yâinama yâabayobozi bâibihugu 20 bikize kurisha ibindi ( G-20) igomba kubera i Roma guhera kuri uyu wa Gatandatu, itariki 30 kugeza ku Cyumweru itariki 31 Ukwakira 2021. Biden ashobora kuganira na Papa ku bibazo […]
Koreya ya Ruguru ifite aba âspecial forcesâ benshi kurusha ibindi bihugu nâimyitozo ihambaye

Koreya ya Ruguru ikunze gukangisha abo bahanganye kubasenya ikoresheje intwaro za kirimbuzi, kandi nubwo ubukungu bwifashe nabi mu bukungu n’imibereho myiza, iki gihugu cyaba gifite ubushobozi bwo gutangiza intambara ishobora guhitana ibihumbi magana, cyangwa za miliyoni. Intwaro za kirimbuzi, misile zo mu bwoko bwa ballistique, ibihumbi by’ibibunda bya rutura, hamwe na miliyoni isaga y’abasirikare ni […]
Tigray: Igitero cyâindege za Ethiopia cyahitanye abantu 10 abandi barakomereka
Igisirikare cya Ethiopia cyakomeje ibitero byâindege mu murwa mukuru wâintara ya Tigray, aho umwe mu bayobozi bâibitaro byo mu Mujyi wa Mekelle avuga ko igitero cyo kuri uyu wa Kane cyahitanye abantu 10 kigakomeretsa abandi basaga 20. Guverinoma ya Ethiopia ivuga ko iki gitero, kije gikurikira ibindi imaze iminsi igaba kuri Mekelle, cyibasiye uruganda rukoreshwa […]
U Rwanda na Tanzania byasinyanye amasezerano yâubufatanye mu bwirinzi

Kuri uyu wa kane, itariki ya 28 Ukwakira, Minisitiri wâububanyi nâamahanga wâu Rwanda nâuwa Tanzaniya bashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu byâubwirinzi mu gusoza inama ya komisiyo ihuriweho ihoraho (JPC) yabereye i Dar es Salaam, muri Tanzaniya muri iki cyumweru. Intumwa yâu Rwanda muri Tanzaniya, Maj Gen Charles Karamba, yavuze ko inama yâabaminisitiri yari iyobowe […]