Somalia: Al Shabab yagabye igitero gitunguranye ku nkambi y’ingabo za AU
Umutwe wa al-Shabaab wo muri Somalia wibasiye inkambi y’abasirikare b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu karere ka Shabelle rwagati mu gihugu, nk’uko umuturage waho yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, undi muturage avuga ko abasivili batatu bapfiriye mu kurasana. Uyu muturage utuye mu mudugudu uri hafi y’aho byabereye, nyuma yavuze ko yabonye kajugujugu ebyiri ziguruka zirimo […]
UEFA yafatiye ibindi bihano amakipe yo mu Burusiya n’ay’igihugu
Ubuyobozi bw’umupira w’amaguru mu Burayi buvuga ko u Burusiya bwabujijwe kwitabira amarushanwa ya Euro 2022 y’abagore muri iyi mpeshyi, mu gihe amakipe yo mu Burusiya nayo azahagarikwa mu marushanwa ya UEFA ataha. UEFA yatangaje ko icyifuzo cy’u Burusiya cyo kwakira amarushanwa ya Euro 2028 cyangwa Euro 2032 na cyo kitemewe ubu. Ibihano biraza mu gihe […]
Nyamagabe: Hafashwe amabaro 12 y’imyenda ya caguwa yari avanze na sima
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyamagabe kuri iki cyumweru tariki ya 1 Gicurasi, yafashe magendu amabaro 12 y’imyenda ya caguwa, iyi myenda yinjijwe mu gihugu ivanywe mu gihugu cy’abaturanyi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Umushoferi witwa Karangwa Abdallah wari utwaye imodoka ifite Nimero RAD 615H yahagarikiwe mu Murenge wa Kitabi, Akagali ka Kagano, […]
U Rwanda rwazamutseho imyanya 20 mu bwisanzure bw’itangazamakuru, ruracyari inyuma mu karere
Ku munsi w’ubwisanzure bw’itangazamakuru ku Isi muri 2022, Umuryango w’Abanyamakuru Batagira Umupaka (RSF) washyize ahagaragara uko ubwisanzure bw’itangazamakuru ku Isi bwifashe muri 2022 rukurikiranya ibihugu 180 byasuzumwe. Ku rutonde rw’ubwisanzure bw’itangazamakuru 2022, u Rwanda rukaba rwazamutseho imyanya 20 rugera ku mwanya wa 136 n’amanota 45.18, ruvuye ku mwanya wa 156 rwari ruriho mu mwaka ushize […]
Papa Fransisiko arashaka kujya i Moscow kubonana na Putin ku kibazo cya Ukraine
Papa Fransisiko yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko yasabye guhurira I Moscow na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin mu rwego rwo kugerageza guhagarika intambara yo muri Ukraine ariko atarabona igisubizo. Aya makuru atatanzweho ibisobanuro birambuye yashyizwe ahagaragara n’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Iki kinyamakuru kivuga ko Papa yabwiye ikinyamakuru Corriere Della Sera cyo mu Butaliyani ko […]
Burundi: Habonetse imirambo itanu bikekwa ko ari iy’inyeshyamba z’Abanyarwanda
Kuri iki Cyumweru gishize, havumbuwe imirambo itanu itangiye kwangirika ku musozi wa Bihembe mu gace ka Bumba. Ni muri komini ya Bukinanyana mu ntara ya Cibitoke . Imyirondoro y’abapfuye bari bambaye imyenda y’ingabo za Congo (FARDC) ntiramenyekana, ariko abayobozi b’ingabo n’abayobozi bemeza ko iyo mibiri ari iy’inyeshyamba z’Abanyarwanda ziri muri ako karere. Babanje kubonwa n’abashinzwe […]
Espagne: Telephone za minisitiri w’intebe na minisitiri w’ingabo zasanzwemo Pegasus
Abategetsi ba Espagne bavuze ko telefoni zigendanwa za Minisitiri w’intebe, Pedro Sanchez, na Minisitiri w’ingabo, Margarita Robles zumvirijwe hakoreshejwe software ya Pegasus mu rwego rwo “kwiteza imbere no hanze”. Minisitiri muri perezidansi, Felix Bolanos, yemeje aya makuru kuri uyu wa Mbere agira ati: “Ntabwo ari igitekerezo, ni ibintu bifatika cyane.” Ati: “Twese tuzi neza ko […]
La nĂ©gation du gĂ©nocide est une menace Ă vaincre – Busingye
Le haut-commissaire rwandais au Royaume-Uni, Johnston Busingye, a dĂ©clarĂ© que la nĂ©gation du gĂ©nocide est une menace qui peut ĂŞtre vaincue, que ce soit par la loi, l’Ă©ducation ou la contestation individuelle de la nĂ©gation partout oĂą elle est rencontrĂ©e. Il a dit cela lors de la commĂ©moration du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi […]
Israel yarakajwe bikomeye no kumva u Burusiya buvuga ko Hitler yari Umuyahudi
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel yamaganye amagambo avuga ko “atababarirwa” yatangajwe na mugenzi we w’u Burusiya avuga ko umuyobozi w’Abanazi, Adolf Hitler “yari afite amaraso y’Abayahudi”. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, ngo yatangaje ibi kugira ngo agerageze kwerekana kwerekana ko Ukraine ari “Aba-Nazi” nubwo perezida wayo ari Umuyahudi. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel […]
Amazu 20 y’ibyamamare ahenze ku Isi – Amafoto

Ntushobora guhakana ko ibyamamare bikunda kujyana ibintu ku rwego rwo hejuru. Kuva ku biruhuko byo ku rwego rw’Isi benshi muritwe dushobora kurota gusa, kugeza ku modoka nziza zakozwe na Maserati, Rolls Royce, na Bugatti, rwose bigaragara ko usanga bafite ibyiza muri byose. Birumvikana ko ibi bigera n’aho batuye. Ubundi se kuki waba mu nzu “isanzwe” […]
Angelina Jolie yagaragaye muri Ukraine akiza amagara yikanze igitero cy’indege
Ku wa Gatandatu, umukinnyi wa filimi w’icyamamare, Angelina Jolie yagaragaye mu mihanda ya Lviv mu burengerazuba bwa Ukraine, aho yavuganye n’abafana aho bafatira ikawa maze ahura n’abantu bavanwe mu byabo n’intambara ikomeje n’u Burusiya. Jolie amaze imyaka myinshi akora nka ambasaderi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi, ariko bivugwa ko yari muri Ukraine mu rugendo […]
Hari ibihugu byo muri EU byihisha ibindi bikagura gaz y’u Burusiya mu buryo Putin yifuje
Mu gihe abayobozi benshi b’i Burayi batangaje ku mugaragaro ko batazagura gaz y’u Burusiya mu mafaranga akoreshwa mu Burusiya (Rubles) nk’uko Perezida Vladimir Putin yabisabye, ibihugu 10 byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi biri guca inyuma bikagendana na gahunda ya Putin mu ibanga, nk’uko umuyobozi muri Hongria, Gergely Gulyas, yabitangarije radiyo ya leta kuri iki […]
Ibihugu bya Danemark na Suede birashinja indege y’ubutasi y’u Burusiya kuvogera ikirere cyabyo
Ibihugu bya Danemark na Suede byahamagaje ba ambasaderi b’u Burusiya mu bihugu byabo nyuma y’aho indege y’ubutasi y’u Burusiya inyuriye ku kirere cyabo. Abayobozi bo muri Danemark na Suede batangaje ko indege y’u Burusiya yinjiye mu kirere cya Danemark ku mugoroba wo ku wa Gatanu mu burasirazuba bw’ikirwa cya Bornholm cyo muri Danemarike hanyuma yinjira […]
Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yahishuye ikintu cya mbere azakora najya ku butegetsi
Umuhungu wa Perezida Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, ashimangiye ku mugaragaro ko afite inzozi zo gufata ubutegetsi muri Uganda nk’uko byakomeje guhwihwiswa ariko ntihagire ubyemeza. Ubushize ubwo yari mu birori by’isabukuru ye y’imyaka 48, Lt Gen. Muhoozi kuri ubu uyobora Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, mu ijambo yavuze yabaye nk’umuntu wiyegereza urubyiruko arwizeza ko […]
Burundi: Bafite impungenge z’uko imbuto bejeje zizabapfiraho isoko ry’u Rwanda nirikomeza kubura
Kuva mu ntangiriro za Werurwe, u Rwanda rwafashe icyemezo cyo gufungura imipaka yarwo n’u Burundi. Nubwo bimeze bityo ariko, ku ruhande rw’u Burundi, imipaka ikomeza gufungwa. Ibi ngo bikaba ari igihano gikomeye ku bahinzi b’imbuto bo mu Burundi babona igihe cy’isarura kigenda cyihuta batazi aho bazacuruza ibyo bejeje. Igice cya Bujumbura yitwa iy’Icyaro ni igice […]
Malawi: Umupadiri mu bahamijwe kwica ufite ubumuga bw’uruhu banafitanye isano
Umupadiri w’umugatolika muri Malawi, umupolisi n’umukozi w’ibitaro bari mu bantu icumi bahamijwe kuri uyu wa Gatanu ushize icyaha cyo kwica umuntu ufite ubumuga bw’uruhu mu mwaka wa 2018, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’urukiko. Batanu kuri 12 bahamwe n’icyaha cyo kwica MacDonald Masambuka w’imyaka 22 y’amavuko, mu gihe muri iki gihugu abantu basaga 40 bafite iki kibazo […]
Huye: Akurikiranweho kwica umugore we nyuma yo kumva ko umwana yari atwite atari uwe
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 40 ukekwaho kuba yarishe umugore we w’imyaka 35 amukubise ifuni mu ijoro ryo ku wa 25 Mata 2022 nyuma yo kumubwira ko umwana atwite atari uwe. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Gishihe, Umurenge wa Kigoma, Akarere ka Huye, mu ijoro ryo ku wa […]
Uganda yemeye gutoza ba ofisiye bashya (Cadets) ba Mozambique
Uganda yemeye guhugura abasirikare ba Mozambike bo ku rwego rwa cadets kugirango igihugu kibone imbaraga zihagije zo gutsinda intagondwa zigendera ku mahame akaze ya kisilamu. Ku wa gatanu, Perezida Museveni yabyiyemeje ubwo yabonanaga na Perezida wa Mozambike, Filipe Jacinto Nyusi n’intumwa ze mu ngoro ye i Entebbe. Yagize ati: “Niba ushaka gutoza umubare uwo ari […]
Abakinnyi 10 bagiye gukina Igikombe cy’Isi cyabo cya nyuma muri Qatar
Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bigaragara ko amaherezo bafite amahirwe yo gukoza amaboko ku gikombe kimwe rukumbi kitigeze kibahira, ariko bisa nk’aho atari bo bakinnyi bonyine basa nk’abagiye gukina Igikombe cy’Isi bwa nyuma. Amazina 10 akomeye ashobora kugaragara bwa nyuma mu Gikombe cy’Isi muri Qatar nk’uko tubikesha Afrikmag Lionel Messi Icyamamare muri ruhago gikomoka muri […]
Ubutabera bwa Finilande bwagize umwere uwaregwaga ibyaha by’intambara muri Liberia

Ubutabera bwa Finilande ku wa Gatanu, bwafashe umwanzuro ku rubanza rw’uwahoze ari umurwanyi wo muri Sierra Leone wari ukurikiranweho ibyaha by’intambara byakorewe muri Liberia. Ubutabera bwa Finilande bukaba bwagizwe umwere Gibril Massaquoi wahoze ari inyeshyamba yo muri Sierra Leone, waburanishijwe kubera ibyaha by’intambara nyuma y’intambara hagati y’abaturage yo muri Liberia. Uyu mugabo w’imyaka 52 yafatiwe […]
Centrafrica: Igitero cy’inyeshyamba ku kigo cya gisirikare cyaguyemo batandatu
Inyeshyamba zahitanye nibura abasirikare batandatu mu gitero cyagabwe ku birindiro bya gisirikare byo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Centrafrica kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata 2022, nk’uko byatangajwe n’umuyobozi waho ndetse n’umuyobozi w’ibitaro kuri uyu wa Gatanu. Abagize ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rizwi ku izina rya Coalition of Patriot for Change (CPC) bagabye […]
Musanze: Urukiko rwakatiye abantu 5 bishe umunyeshuri bakamuta mu musarani
Kuri uyu wa Kane, italiki 28 Mata 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwasomye urubanza rw’abantu 5 bari bakurikiranweho icyaha cyo kwica umusore w’imyaka 21 bakamuta mu musarani, babiri mu baregwa bahanishwa igifungo cya burundu, umwe ahanishwa igifungo cy’umwaka, abandi babiri bagirwa abere. Abahamwe n’icyaha kandi baciwe n’indishyi zingana na miliyoni 18. Nk’uko byagaragajwe n’Ubushinjacyaha, ku […]
Scott Sibley yabaye Umwongereza wa mbere byemejwe ko yaguye ku rugamba muri Ukraine
Ibiro bya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bwongereza byavuze ko umwenegihugu w’u Bwongereza yiciwe muri Ukraine naho undi akaba yaburiwe irengero. Amakuru aturuka muri Ukraine agera kuri BBC avuga ko uyu muntu wapfuye ari Scott Sibley, uvugwaho kuba yari arimo kurwanira Igisirikare cya Ukraine. Niwe Mwongereza wa mbere wemejwe ko yiciwe muri iyi ntambara kandi usobanurwa […]
Bwa mbere umugore yatorewe umwanya wo hejuru mu Nteko Ishinga Amategeko ya Somalia
Kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata 2022, abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Somalia (umutwe w’abadepite) batoye ku nshuro ya mbere Perezida w’Inteko wungirije w’umugore witwa Saadia Yasin Haji Samatar. Bivugwa ko Samatar abaye umutegarugori wa mbere watorewe umwanya w’ubuyobozi bukuru mu nteko ishinga amategeko muri rusange. Mu cyiciro cya nyuma cy’amatora, Samatar yagize amajwi […]
Ethiopia: Guverinoma iremeza ko TPLF itigeze iva muri Afar nk’uko yabitangaje
Kuri uyu wa Kane, itariki 28 Mata, Guverinoma ya Ethiopia yahakanye ibivugwa mu itangazwa ryo kuva mu Ntara ya Afar kw’ingabo za TPLF. Umuvugizi wa Guverinoma, Legesse Tulu, yatangarije itangazamakuru rya Leta ko amakuru avuga ko ingabo z’Abanya- Tigray zavuye muri Afar ari “ibinyoma bikomeye.” Guverinoma yemeje ko ingabo zigometse zikiri no mu turere duturanye […]
Afurika y’Epfo: Umuzungu w’imyaka 77 yarashe umwiraburakazi avuga ko yamwikanzemo Imvubu
Kuri uyu wa Kane, umuhinzi w’umuzungu wo muri Afurika y’Epfo ufite imyaka 77 yitabye urukiko azira kurasa no gukomeretsa umugore w’umwirabura avuga ko yibeshyeho ko ari Imvubu. Ku wa kabiri, Paul Hendrik van Zyl, yatawe muri yombi nyuma yo kurasa mu cyerekezo cy’umugore warobaga hamwe na mugenzi we mu ruzi rwo mu Mujyi wa Lephalale, […]
Muri RDC nta muntu n’umwe ugifite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rufite agaciro na perezida ubwe
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo nta muntu n’umwe ushobora kwikomanga mu gituza ngo avuge ko afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rugifite agaciro. Uyu munsi, ndetse n’abayobozi bakuru mu gihugu, barimo na Perezida wa Repubulika, Minisitiri w’Intebe n’abandi, ngo bigometse ku mategeko. Iki cyangombwa ushobora gusobanurwa nk’itegeko ry’ubutegetsi, ntabwo kiratangwa kuva mu gihembwe cya […]
Les Philippines acceptent les certificats de vaccination contre le COVID-19 du Rwanda et Laos
Le Groupe de travail inter-agences (IATF) a approuvĂ© l’acceptation et la reconnaissance aux Philippines des certificats nationaux de vaccination contre le COVID-19 de la RĂ©publique dĂ©mocratique populaire de Lao (Laos) et du Rwanda, a dĂ©clarĂ© Malacañang vendredi. Le porte-parole prĂ©sidentiel par intĂ©rim, Martin Andanar, a dĂ©clarĂ© que l’IATF avait convenu que la certification des deux […]
USA: Umupolisi wishe George Floyd yajuririye igihano yahawe
Uwahoze ari umupolisi wa Minneapolis wishe Umwirabura George Floyd yajuririye igihano yahawe kubera icyaha cy’ubwicanyi, avuga ko inteko y’abacamanza yatewe ubwoba n’imyigaragambyo yari ikomeje kandi ikabangamirwa n’ukuntu uru rubanza rwamamajwe cyane n’ibindi. Abunganira uyu mupolisi w’umuzungu, Derek Chauvin, basabye urukiko rw’ubujurire rwa Minnesota mu busabe batanze mu ntangiriro z’iki cyumweru, guhindura icyemezo cy’urukiko no gutegeka […]
Ethiopia: Abagera kuri 20 biciwe mu gitero cy’intagondwa z’Abakirisitu ku Bayisilamu bo muri Amhara
Byibuze abantu 20 bishwe muri Gondar, umujyi wo mu ntara ya Amhara yo mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Ethiopia, mu gitero cyagabwe n’intagondwa z’abakirisitu mu gihe cyo gushyingura umusilamu waho ukomeye, nk’uko byatangajwe n’umuryango wa kisilamu. Igitero kiyobowe n “intagondwa z’Abakirisitu” Umuyobozi w’akarere ka Gondar, Zewdu Malede, yabajijwe na radiyo na televiziyo bya Ethiopia, EBC, yemeza […]
La FDA rappelle des produits au chocolat Kinder Ă cause de la salmonelle
L’AutoritĂ© rwandaise de l’alimentation et des mĂ©dicaments a retirĂ© jeudi 28 avril les produits au chocolat Kinder, soupçonnĂ©s d’ĂŞtre contaminĂ©s par la salmonelle, une bactĂ©rie qui provoque une intoxication alimentaire, selon un communiquĂ© publiĂ© plus tĂ´t dans la journĂ©e par le rĂ©gulateur. “Il est Ă©galement fait rĂ©fĂ©rence Ă la communication du fabricant, FERRERO, qui a […]
Burundi: Umuhanzi Olègue Baraka yamaze kugezwa muri Gereza Nkuru ya Bujumbura izwi nka Mpimba
Umuhanzi w’Umurundi Olègue Baraka guhera kuri uyuwa Kabiri ushize afungiye muri Gereza Nkuru ya Bujumbura bakunze kwita Mpimba, akurikiranyweho “gutesha agaciro imico myiza”. Umuryango we hamwe n’umwunganizi we mu mategeko bemereye urubuga rwa SOS Media Burundi ko uyu muhanzi ukiri muto yoherejwe muri Gereza ya Bujumbura (umujyi w’ubucuruzi). Umwunganizi we, Jean Muvayo yagize ati: “Nahamagaye […]
Umunyamerika wari umaze imyaka 31 afunzwe arengana yarakatiwe burundu yagizwe umwere

Umunyamerika wakatiwe igifungo cya burundu arengana mu myaka 31 ishize yarekuwe kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Mata. Thomas Raynard James w’imyaka 55 yahamijwe icyaha cy’ubwicanyi mu gihe cy’ubujura buciye icyuho mu 1990 i Miami, hashingiwe ku buhamya bw’umuntu umwe wavugaga ko yabyiboneye. Uyu yemeye ko “yibeshye”. Ikinyamakuru cyo muri Amerika, The New York Times, […]
U Bwongereza: Ikibazo cy’umudepite urebera filimi z’urukozasoni mu nteko cyateje impagarara
Umuhwituzi wa Guverinoma y’u Bwongereza, ushinzwe ishyirwa mu bikorwa rya za politiki, yatangiye iperereza nyuma y’uko abadepite b’abagore bo mu ishyaka rya Boris Johnson bitotombeye umwe muri bagenzi babo w’umugabo bashinja kurebera kuri terefone ye filimi z’urukozasoni ari mu cyumba cy’inteko ishinga amategeko. Ibitangazamakuru byo mu Bwongereza bivuga ko itsinda ry’abadepite b’abagore bo mu ishyaka […]
U Burusiya bwakupiye gaz ibihugu bya Pologne na Bulgaria
Ikigo cya leta y’u Burusiya gishinzwe ubucukuzi n’ubucuruzi bwa gaz kuri uyu wa Gatatu cyakupiye gaz ibihugu bya Pologne na Bulgaria, nk’intambwe iheruka mu ntambara y’ubukungu ifitanye isano n’igitero cy’u Burusiya muri Ukraine. U Burusiya bwasabye ko ibihugu by’i Burayi, ibyinshi muri byo byishingikiriza u Burusiya mu kubona igice kinini cy’ingufu bikoresha, bigomba kwishyura gaz […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye umugore waregwaga kwica umugabo we amukubise isuka
Umugore witwa Munganyinka Bibiane wo mu Karere ka Ngororero wari ukurikiranweho n’ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugabo we, yakatiwe igihano cy’igmyaka 25 y’igifungo mu mpera z’icyumweru gishize nyuma yo kumuhamya icyaha. Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu nirwo rwasomye urubanza Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwaregagamo Munganyinka icyaha cyo kwica umugabo we biturutse ku bushake yakoze kuwa […]
Mali irashinja u Bufaransa ibikorwa by’ubutasi ku ngabo zayo nyuma y’amashusho ya drone
Guverinoma ya gisirikare cya Mali yashinje u Bufaransa ubutasi nyuma y’uko ingabo z’u Bufaransa zishyize ahagaragara amashusho y’indege zitagira abaderevu agaragaza ibyo zavugaga ko ari abacanshuro b’u Burusiya bategura imva rusange hafi y’ikigo cya gisirikare Abafaransa basubije Mali. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri ushize, Guverinoma ya gisirikare ya Mali yashinje u Bufaransa kuneka […]
Umuherwe wa mbere muri Afurika yageze ku mwanya wa 72 ku Isi avuye kuri 97 yari ariho muri Mutarama
Umuherwe Aliko Dangote, Umunyafurika ukize kurusha abandi, yagaragaye nk’umuntu wa 72 ukize kurusha abandi ku Isi ufite umutungo wa miliyari 20.4 z’amadolari, nk’uko urutonde ruheruka rw’abantu bakize cyane ku Isi rwa Bloomberg rubigaragaza. Dangote, ukomeje kuba umuherwe wa mbere muri Afurika mu myaka 11 ikurikiranye, niwe muherwe w’umunyafurika wenyine ugaragara mu baherwe 100 ba mbere […]
Seuls 2% des migrants sont Ă©ligibles pour ĂŞtre envoyĂ©s au Rwanda – Le Conseil des rĂ©fugiĂ©s
Le plan du Royaume-Uni d’envoyer des milliers de migrants de la Manche au Rwanda pourrait Ă©chouer car les recherches du Conseil des rĂ©fugiĂ©s indiquent que moins de 200 personnes par an pourraient ĂŞtre Ă©ligibles. Il affirme que les derniers chiffres sur l’asile du ministère de l’IntĂ©rieur montrent que seulement 2% des demandeurs auraient satisfait aux […]
Ibihugu 5 byihariye 50% by’umutungo bwite muri Afurika, mu Rwanda uziyongeraho 60% mu myaka 10
Raporo yasohotse kuri uyu wa Kabiri ivuga ko Afurika y’Epfo, Misiri, Nigeria, Maroc na Kenya byihariye umutungo urenga 50% by’umutungo bwite w’umugabane wa Afurika. Mu bihugu nk’u Rwanda, Uganda n’Ibirwa bya Maurice umutungo bwite uziyongera kurenza urugero rwa 60% mu myaka 10. Kugeza ubu umutungo w’abikorera ku mugabane wa Afurika ugera kuri tiriyari ebyiri na […]
U Budage bugiye guha Ukraine ibifaru kabuhariwe, u Burusiya burakangisha Intambara y’Isi

Igihugu cy’u Budage kigiye gutanga uburenganzira bwo guha Ukraine ibifaru byo mu bwoko bwa “Guepard” nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri na guverinoma, ikaba ari ntambwe nshya iki gihugu cyo mu burayi giteye mu gufasha Ukraine ubusanzwe cyakunze kugendamo gahoro. U Burusiya bwo buvuga ko ibikorwa byo gufasha Ukraine bishobora kubyara Intambara ya 3 y’Isi. […]
Umuherwe Elon Musk yageze ku masezerano yo kugura Twitter kuri miliyari zisaga 40$
Umuherwe Elon Musk yageze ku masezerano yo kugura Twitter kuri miliyari 44 z’amadorari (miliyari 41 z’amayero) nk’uko byatangajwe n’iyi sosiyete. Umuyobozi mukuru wa Tesla, ari nawe muntu wa mbere ukize cyane kurusha abandi ku Isi, yatangaje ko ashaka kugura Twitter kuko atekereza ko ubushobozi bwayo budahuye n’ubw’urubuga rwo “kuvugiraho mu bwisanzure”. Avuga ko rugomba guhinduka […]
Nairobi: Imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Kivu y’Amajyepfo yemeye kuzirambika
Bwa mbere kuva aho ibiganiro by’amahoro bitangiye i Nairobi, imitwe yitwaje intwaro yavugiye imbere y’itangazamakuru ko yiteguye gushyigikira ku mugaragaro inzira yatangijwe na Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo na bagenzi be bo mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba. Inama nyunguranabitekerezo yatangiye ku wa Mbere hamwe n’inteko rusange aho intumwa za perezida n’umuhuza bibukije abo bavuganaga ibyifuzo by’abakuru […]
Umunyamabanga Mukuru wa Loni aratangira urugendo rw’iminsi 3 mu Burusiya na Ukraine
Kuri uyu wa Kabiri, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, aratangira urugendo rw’iminsi itatu mu Burusiya na Ukraine mu gihe anengwa uruhare ruto rw’Umuryango w’Abibumbye mu gukemura ibibazo. Nyuma y’amezi atatu u Burusiya buteye Ukraine, inzego z’Umuryango w’Abibumbye zigorwa no kugera ku baturage bagoswe mu burasirazuba bw’igihugu, aho usanga ibikorwa by’ubutabazi ari ikibazo gikomeye. Hagati […]
U Burusiya bwirukanye abadipolomate 40 b’u Budage
Kuri uyu wa mbere, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yatangaje ko abadipolomate 40 b’u Budage batagifite ikaze mu gihugu kubw’ibyo bakaba bagomba gusubira iwabo. Icyemezo kije nyuma y’aho u Budage nabwo bwirukanye abadipolomate bangana gutya b’u Burusiya nk’uko iyi nkuru dukesha VOA ivuga. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya mu itangazo ryayo yatangaje ko yafashe iki […]
Le président Paul Kagame a effectué sa première visite en Ouganda en quatre ans

Le prĂ©sident Paul Kagame et son homologue ougandais Yoweri Museveni ont tenu dimanche 24 avril des entretiens bilatĂ©raux sur un certain nombre de questions, notamment la paix, la stabilitĂ© et la coopĂ©ration rĂ©gionales. C’Ă©tait en marge des cĂ©lĂ©brations du 48e anniversaire du lieutenant-gĂ©nĂ©ral Muhoozi Kainerugaba, commandant des forces terrestres des Forces de dĂ©fense du peuple […]
Ituri: Abantu 15 barimo koloneli na ba majoro bakurikiranweho kugurisha ibikoresho bya gisirikare
Kuva kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Mata, abantu bagera kuri cumi na batanu barimo abasirikare bakuru ba FARDC bagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare rw’intara ya Ituri. Ubutabera bwa gisirikare bubakurikiranyeho kugurisha amasasu y’intambara, kugira uruhare mu mitwe yitwaje ibirwanisho no gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Uru nirwo rubanza rwa mbere muri Ituri rwerekeye […]
Darfur: Abantu basaga 160 biciwe mu bugizi bwa nabi hagati y’amoko
Umuryango utegamiye kuri Leta uvuga ko byibuze abantu 168 bishwe ku cyumweru mu bugizi bwa nabi bwabereye i Darfur, akaba ari bumwe mu bugizi bwa nabi butwaye abantu benshi muri aka karere ko mu burengerazuba bwa Sudani kazahajwe n’intambara. Ubu bugizi bwa nabi bwatangiriye kuwa Gatanu i Krink, ku birometero 80 uvuye El-Geneina, umurwa mukuru […]
Umuyapanikazi wafatwaga nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi ntakiri ku Isi y’abazima

Umuyapanikazi wari uzwi nk’umuntu ukuze kurusha abandi ku Isi yasezeye ku Isi y’abazima ku itariki 19 Mata ku myaka 119 nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri uyu wa Mbere. Kane Tanaka yavukiye ahitwa Fukuoka mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Buyapani ku ya 2 Mutarama 1903. Muri uwo mwaka, nibwo abavandimwe ba Wright bakoze urugendo rwa mbere n’indege kandi […]
Umucamanza ukomeye muri Uganda yarusimbutse nyuma yo kuraswaho
Umucamanza mukuru muri Uganda, Dr Flavian Zeija, aherutse kurusimbuka muri iyi weekend ishize nyuma yo kuraswaho n’abantu bitwaje intwaro. Urwego rw’ubucamanza rwa Uganda rwatangaje kuri iki Cyumweru ko ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ku isaha ya saa moya ku muhanda Kampala-Masaka. Umuvugizi w’ubucamanza, Jameson Karemani, yavuze ko abantu bitwaje intwaro batamenyekanye barashe ku […]
RDC: Loni yasabye inyeshyamba z’abanyamahanga kurambika intwaro no guhita zitaha iwabo nta mananiza
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Gutteres “arahamagarira imitwe yitwaje intwaro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kugira uruhare mu biganiro bya politiki nta shiti, naho imitwe yose yitwaje intwaro y’abanyamahanga akayisaba kurambika intwaro hasi abayigize bagahita bataha iwabo nta mananiza”. Ubutumwa bwasomwe kandi butangwa n’Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye. Impande zose (guverinoma, indorerezi n’imitwe yitwaje […]
Cabo Delgado : Le Rwanda opère aux côtés des forces de la SADC dans le district de Macomia
Les forces de sĂ©curitĂ© rwandaises dĂ©ployĂ©es dans la province de Cabo Delgado, Ă l’extrĂŞme nord du Mozambique, ont quittĂ© leurs zones de responsabilitĂ© prĂ©cĂ©demment dĂ©signĂ©es, poursuivi et mis en dĂ©route l’insurrection liĂ©e Ă l’État islamique dans le district de Macomia, confirme The New Times. Les forces, comme indiquĂ©, sont rĂ©cemment entrĂ©es dans la zone de […]
U Rwanda rwasubije iwabo abasore 17 b’Abarundi
Muri iki cyumweru, Guverineri wa Kirundo (mu majyaruguru y’Uburundi) yakiriye abasore cumi na barindwi birukanwe n’u Rwanda, aho abayobozi basobanuye ko abantu bireba nta byangombwa bibemerera kuguma mu Rwanda bari bafite. Usibye umusore umwe ukomoka muri komini ya Ryansoro mu ntara ya Gitega (rwagati mu Burundi), abandi baturuka mu ntara ya Kirundo, ihana imbibi n’umuturanyi […]
France: Umupadiri yakubitiwe muri kiliziya yo muri Nice arakomeretswa
Umufaransa bivugwa ko afite uburwayi bwa “bipolaire” mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yasagariye umupadiri mu Kiliziya cyo muri Nice, mu majyepfo y’u Bufaransa aramukomeretsa byoroheje ariko polisi ivuga ko iki gikorwa ntaho gihuriye n’iterabwoba. Ibi byatangajwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu kuri twitter. Minisitiri GĂ©rald Darmanin Yagize ati “ Ugusagarira kwabaye muri iki gitondo muri […]
Gen. Muhoozi yijeje ko umubano wa Uganda n’u Rwanda uzarushaho kuba mwiza

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 23 Mata 2022, ku Kibuga cya Cricket cya Lugogo, mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 amaze ku Isi, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, yashimiye Imana ibyo yakoreye igihugu cye birimo no kuba umubano wacyo n’”umuvandimwe w’umuturanyi”, u Rwanda, wari […]
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zakurikiranye ibyihebe no mu bice bigenzurwa na SADC
Ingabo z’u Rwanda zoherejwe kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, iherereye mu majyaruguru ya Mozambique, zavuye aho zari zigenewe gukorera zikurikirana ibyihebe no mu bice bigenzurwa n’Ingabo za SADC mu Karere ka Macomia. Nkuko byatangajwe, Ingabo z’u Rwanda ziherutse kwinjira mu bice bigenzurwa n’Ingabo za SADC ziri mu butumwa muri Mozambique bwiswe SAMIM. Kuri […]
Kamonyi: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri jenoside yavumbuwe mu kigo cy’ababikira
Nibura imibiri 108 y’abantu bishwe muri jenoside yataburuwe mu Karere ka Kamonyi mu gihe hibukwa ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, nk’uko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, Sylvere Ndahayo, yabitangarije The New Times. Abayobozi bavuga ko iyi mibiri izashyingurwa mu cyubahiro mu cyumweru gitaha. Ndahayo yavuze ko muri iki cyumweru imibiri 37 y’abishwe muri jenoside […]
Abakomando kabuhariwe b’u Bwongereza bo mu mutwe wa SAS baba bari kurwana muri Ukraine
U Burusiya burimo guperereza niba ba kabuhariwe mu kuvangira umwanzi (sabotage) bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe z’u Bwongereza zirwanira mu kirere (SAS) baroherejwe mu burengerazuba bwa Ukraine. Ku wa Gatandatu, urwego rukuru rw’iperereza rw’u Burusiya rwatangaje ko rurimo kureba muri raporo y’itangazamakuru ry’u Burusiya rivuga ko abakomando ba SAS boherejwe mu karere ka Lviv mu […]
Gen. Nkashama uyobora Intara ya Ituri arashinjwa gukorera iyicarubozo umugore utwite
Umugore utwite ufungiye muri gereza nkuru ya Bunia kugeza ubu arashinja Guverineri w’umusirikare wa Ituri, Lt. Gen. Luboya Nkashama kuba yaramukoreye iyicarubozo mu biro bye ubwo yahajyanwaga ngo amwerekwe. Mu ibaruwa isaba ubuvuzi bwihutirwa yohereje mu miryango myinshi iharanira uburenganzira bwa muntu kandi ko buniaactualite.com yashoboye kubonaho, Solange Lotsove, ukurikiranyweho icyaha cyo gucuruza intwaro ku […]
Muhanga: Urukiko rwakatiye umwarimu washinjwaga ibyaha birimo kuriganya abaturage
Umwarimu wari ukurikiranweho n’Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Nyamabuye icyaha cyo kwihesha amafaranga y’abaturage akoresheje uburiganya, kuri uyu wa Kane, itariki 21 Mata, yakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya miliyoni 5 z’amafaranga y’u Rwanda. Kuva mu mwaka wa 2019, Ubushnjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko uyu mwarimu wo mu Murenge wa Nyarusange, Akarere […]