RDC: Leta irasanga kuvana ingabo za Uganda ku butaka bwayo byaba byihuse
Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasanga kuvana ingabo za Uganda ku butaka bwayo byaba bibaye “imburagihe”. Kuri guverinoma, icyemezo nk’iki kigomba gufatwa hagati y’ibihugu byombi, nyuma y ‘“inama y’abagaba b’ingabo”, kugira ngo “dusuzume urugero rw’ihindagurika ugereranije n’intego za mbere”. “Abasirikare ba Uganda bafatanyije n’aba Congo barwanyije umutwe w’inyeshyamba za ADF mu burasirazuba bw’igihugu kuva mu […]
Le deuxième fugitif du génocide rwandais confirmé mort
L’un des derniers fugitifs recherchĂ©s par un tribunal de l’ONU pour son rĂ´le clĂ© prĂ©sumĂ© dans le gĂ©nocide rwandais de 1994 a Ă©tĂ© confirmĂ© mort et l’affaire contre lui classĂ©e, a dĂ©clarĂ© mercredi le procureur des crimes de guerre de l’ONU, Serge Brammertz, dans un communiquĂ©. L’annonce de la mort de Pheneas Munyarugarama intervient quelques […]
Umusirikare wa mbere w’u Burusiya waburanishijwe muri Ukraine yemeye ibyaha
Umusirikare w’u Burusiya w’imyaka 21 waburanishijwe mu rubanza rwa mbere rw’ibyaha by’intambara kuva u Burusiya bwatera muri Ukraine yemeye icyaha cyo kwica umusivili udafite imbunda. Sgt. Vadim Shishimarin ashobora gufungwa burundu azira kurasa mu mutwe umugabo w’umunya-Ukraine w’imyaka 62 mu majyaruguru y’akarere ka Sumy mu minsi ya mbere y’igitero. Shishimarin, umusirkare w’u Burusiya wo mu […]
Bobby Brown yahishuye ukuntu akiri muto umupadiri yigeze kugerageza kumuhohotera
Umuhanzi Bobby Brown wigeze kuba umugabo wa Whitney Houston yahishuye ukuntu afite imyaka 10 umupadiri Gaturika yigeze kugerageza kumusambanya, kandi ngo ihungabana yagize ryaba ari imwe mu mpamvu zamushoye mu gukoresha ibiyobyabwenge no kunywa inzoga nyinshi. Uyu muhanzi w’injyana ya R&B w’Umunyamerika kuri ubu ufite imyaka 53 wemeza ko atarakora ku kiyobyabwenge kuva mu myaka […]
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yatangaje umubare w’ingabo za Ukraine zafatiwe muri Mariupol
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya mu kiganiro yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, yatangaje ko ari ingabo za Ukraine 959 zari zaheze mu ruganda rukora ibyuma i Mariupol ziherutse kwitanga mu muri iki cyumweru. Kiev yiteze ko izabagurana n’abarusiya yafatiye ku rugamba, mu gihe abashinjacyaha bo mu Burusiya barimo kureba niba bishoboka ko benshi […]
Le ministre des TIC convoquĂ© par les dĂ©putĂ©s pour l’interopĂ©rabilitĂ© des paiements
La Chambre des dĂ©putĂ©s a dĂ©cidĂ© de convoquer le ministre des TIC et de l’Innovation pour fournir des stratĂ©gies pour la mise en Ĺ“uvre accĂ©lĂ©rĂ©e du projet de technologie d’interopĂ©rabilitĂ©. Le projet vise Ă relever les dĂ©fis existant dans les transactions entre les banques et autres institutions financières ainsi que les entreprises de tĂ©lĂ©communications pour […]
E.U yasezeranyije Finlande na Suede kuzabirengera nibiterwa n’u Burusiya
Umuyobozi ushinzwe politiki y’ububanyi n’amahanga y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatangaje ko uyu muryango witeguye kurengera Finlande na Suede mu gihe byaterwa n’u Burusiya, nubwo bitegereje kwinjira muri NATO. Ku wa kabiri, Josep Borrell yishimiye icyemezo cya nyuma cy’ibihugu byombi by’amajyaruguru cyo gusaba kuba abanyamuryango ba NATO mu nama y’abaminisitiri b’ingabo zo mu Burayi i Buruseli. […]
Zimwe muri “operations” zihambaye za Mossad ziciwemo abafatwa nk’abanzi ba Israel

Urwego rw’ubutasi rwa Israel, Mossad, ni rumwe mu nzego z’ubutasi zitinyitse ku Isi kubera ubutumwa bukomeye rwagiye rushyira mu bikorwa neza burimo ubwo guhorera Abanya-Israel bishwe kuva mu Ntambara ya Kabiri y’Isi kugera mu bagiye bicirwa mu bitero by’iterabwoba, tukaba tugiye kurebera hamwe bimwe mu bikorwa bizwi byakozwe na Mossad mu myaka yashize nk’uko tubikesha […]
Afurika y’Epfo: Urubanza rwa Jacob Zuma kuri ruswa rwimuriwe muri Kanama
Urukiko Rukuru rwa Pietermaritzburg muri Afurika y’Epfo rwimuriye urubanza rwa ruswa rwa Jacob Zuma, wahoze ari Perezida, ku itariki ya 1 Kanama 2022 nk’uko tubikesha Euronews. Iyi tariki nshya yagennwe mu rwego rwo kugerageza kurangiza icyifuzo, cyo kongera gusuzuma, cyatanzwe n’uwahoze ari perezida wa Afurika y’Epfo kuri Mandissa Maya, perezida w’urukiko rw’ubujurire. Jacob Zuma yagerageje […]
Paris: Umwicanyi n’uwarokotse batanze ubuhamya mu rubanza rwa Bucyibaruta
Mu rubanza rw’uwahoze ari perefe mu Rwanda, Laurent Bucyibaruta, ushinjwa ibyaha bya Jenoside, ubufatanyacyaha muri jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu, umunsi wo kuri uyu wa kabiri wahariwe abatangabuhamya b’ubwicanyi bwakorewe muri Kiliziya ya Kibeho, mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro uregwa yayoboraga. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri, hari abatangabuhamya babiri, bose b’abahinzi, bombi bakora ibiraka mu […]
Libya: Imirwano ikomeye yubuye mu mujyi wa Tripoli
Kuri uyu wa Kabiri, mu murwa mukuru wa Libya, Tripoli, hubuye imirwano ubwo minisitiri w’intebe washyizweho n’inteko ishinga amategeko, Fathi Bashagha, yageragezaga kwigarurira ubutegetsi abwambura abo bahanganye banze gutanga ubutegetsi. Ibiro bye byavuze ko Bashagha yinjiye muri Tripoli mu ijoro ryose nyuma y’amezi abiri yo kutumvikana hagati y’ubuyobozi buhanganye muri Libya, ariko agasubira inyuma nyuma […]
Amerika yagerageje neza igisasu gifite umuvuduko ukubye uw’ijwi inshuro eshanu
Igisirikare cya Amerika cyavuze ko cyagerageje misile (hypersonic missile) ifite umuvuduko ukubye uw’ijwi inshuro eshanu kivuga ko iyi ntwaro yageragejwe neza bwa mbere nyuma yo kugeragezwa gatatu ipfuba. Ku wa mbere, ingabo zirwanira mu kirere zatangaje iri gerageza, zivuga ko ryakozwe mu mpera z’icyumweru hafi y’ikigo cya Edwards Air Force Base muri California. Indege itwara […]
Des Ă©tudiants du commandement supĂ©rieur de la police en Italie pour un “voyage d’Ă©tude externe”
Les agents des forces de l’ordre des pays de la rĂ©gion qui participent actuellement Ă la 10e promotion du cours de commandement supĂ©rieur et d’Ă©tat-major de la police (PSCSC) au Collège national de police (NPC) du district de Musanze, ont commencĂ© leur tournĂ©e externe en Italie dans le cadre du programme de formation d’un an. […]
RDC: Matata Ponyo wahoze ari minisitiri w’intebe arshinjwa kunyereza asaga miliyoni 287 z’amadolari
Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Gicurasi, Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari (IGF) bwakomeje kwemeza ko uwahoze ari Minisitiri w’intebe, Augustin Matata Ponyo, “mu by’ukuri mucurabwenge w’umushinga w’ubuhinzi n’inganda wa Bukanga-Lonzo n’inyereza ry’umutungo ryabaye IGF ivuga ko “byatwaye Repubulika miliyoni zirenga 287 z’amadolari ya Amerika”. Mu itangazo ryayo, IGF yashakaga […]
Guinea Bissau: Perezida Embalo yaseshe inteko ishinga amategeko
Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yaseshe kuri uyu wa Mbere inteko ishinga amategeko y’igihugu cye maze asaba amatora y’abadepite mu mpera z’umwaka. Mu ijambo yagejeje ku gihugu, perezida yavuze ko “ubwumvikane bucye bukomeje kandi bidakemuka” mu nteko ishinga amategeko. Yasabye ko hategurwa amatora y’abadepite byibuze mu Kuboza nk’uko tubikesha Africannews. Perezida yagize ati: […]
Élisabeth Borne, umugore wa 2 mu mateka ubaye Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa ni muntu ki?
Élisabeth Borne wabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore mu Bufaransa mu myaka 30 ishize, yavutse ku ya 18 Mata 1961. Ni umunyapolitiki w’Umufaransa watoranyijwe kuri uyu wa Mbere, itariki 16 Gicurasi 2022 na Perezida Emmanuel Macron ngo azayobore guverinoma nshya muri manda ye ya kabiri. Borne yabanje kuba Minisitiri w’abakozi, umurimo no kwishyira hamwe muri […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye uwari ukurikiranweho kwica nyirasenge
Umugabo wo mu Karere ka Rubavu wari ukurikiranweho n’ubushinjacyaha icyaha cy’ubwicanyi yakoreye nyirasenge ndetse n’ibindi byaha, yahanishijwe igihano cy’igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha bukuru dukesha iyi nkuru ntibwatangaje igihe isomwa ry’urubanza ryabereye, urukiko rwaburanishije urubanza, cyangwa umurenge icyaha cyakorewemo, gusa uwaregwaga ni uwitwa Uwimana Samuel washinjwaga icyaha cy’ubwicanyi n’icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake ngo byakozwe […]
RDC: Umusirikare wa FARDC wishe umuyobozi we bapfuye 10,000 FC yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko rwa gisirikare rwa Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu cyumba cy’iburanisha i Mudja, mu ifasi ya Nyiragongo, rwakatiye igifungo cya burundu umusirikare wa FARDC witwa Kabongo Banzi. Uyu musirikare wo mu cyiciro cya kabiri yakatiwe ku wa Gatanu ushize, itariki ya 13 Gicurasi igifungo cya burundu azira kwica umuyobozi we. Uyu musirikare […]
L’affaire Miss Rwanda Iradukunda Elsa atteint le parquet
Le ministère public a reçu le dossier judiciaire de Miss Rwanda 2017, Elsa Iradukunda, qui a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©e Ă la suite d’allĂ©gations de tempĂ©rament avec enquĂŞte, preuve dans le scandale des abus sexuels de Miss Rwanda. Son arrestation fait suite Ă celle de l’organisatrice de Miss Rwanda, DieudonnĂ© Ishimwe alias Prince Kid le mois dernier, […]
Ngoma: Urukiko rwakatiye agatsiko k’abagabo bashinjwaga kwica umugore
Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma mu cyumweru gishize, ruri ahabereye icyaha, rwasomye urubanza rw’abantu 7 bari bakurikiranweho icyaha cyo kwica umugore w’imyaka 54 bakamutaba mu cyobo bari bacukuye babanje kumucuza ibyo yari yambaye. Batandatu muri bo bahawe igihano cy’ igifungo cya burundu naho uwari umushumba we agirwa umwere. Abahamwe n’icyaha kandi baciwe n’indishyi zingana na miliyoni […]
Tunisia: Gaz yateje iturika rihambaye mu rugo rwa minisitiri
Kuri uyu wa Mbere, gaz yateje guturika guhambaye mu rugo rwa minisitiri w’umutekano mu gihugu cya cya Tunisia, ntiyagira icyo aba ariko umugore we arashya byoroheje nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters. Minisitiri w’umutekano, Taoufik Charfeddine, yabaye umwe mu bantu bakomeye bo muri Tunisia kuva Perezida Kais Saied yajya yakwiharira ubutegetsi bwose mu mpeshyi ishize. […]
TPLF irashinjwa guhatira abaturage kwinjira mu gisirikare cyayo
Abarwanyi bafashwe ndetse n’abaturage bavuga ko abategetsi bo mu ntara yazahajwe n’intambara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia bahatira urubyiruko kwifatanya n’ingabo zabo mu kurwanya guverinoma nkuru babinyujije mu gutera ubwoba no gufunga bene wabo. Intambara yabereye mu majyaruguru ya Ethiopia kuva mu mpera za 2020 yahitanye abasivili ibihumbi n’ibihumbi ikura mu byabo amamiliyoni, itera […]
Uko Gen. Muhoozi yazamutse mu ntera mu gisirikare kuva mu 2000 kugeza mu 2019
Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni, muri iki gihe akomeje kutavugwaho rumwe, aho bamwe bakomeje kumufata nk’umuntu ufite inzozi zo gusimbura se ku butegetsi, ndetse ibi akaba atari bishya kuko muri za 2013 havuzwe ikiswe “Muhoozi Project”, aho Gen David Sejusa yavugaga ko ari umushinga wo kuzagira Muhoozi perezida wa Uganda asimbura se. […]
U Burusiya bwaba bumaze gutakaza 1/3 cy’ingabo zabwo muri Ukraine
Iperereza ry’ingabo z’u Bwongereza ryatangaje kuri iki Cyumweru, itariki 15 Gicurasi, ko u Burusiya bumaze gutakaza hafi kimwe cya gatatu cy’ingabo zirwanira ku butaka zoherejwe muri Ukraine ndetse igitero cyagabwe mu karere ka Donbas “zatakaje imbaraga kandi kikamara igihe kitari giteganyijwe”. Minisiteri y’ingabo y’u Bwongereza ku rubuga rwa Twitter yagize iti: “Nubwo iterambere ryoroheje ryabaye […]
U Buholandi: Haravugwa ifatwa ry’Umunyarwanda w’imyaka 65 wahoze muri Ex-FAR
Guhiga abakekwaho icyaha cya jenoside mu Buholandi birakomeje. Ku wa Gatanu, itariki ya 13 Gicurasi, uwahoze ari umusirikare mukuru mu zahoze ari Ingabo z’u Rwanda (Ex-FAR) yafatiwe mu Mujyi wa Ermelo mu burasirazuba bw’igihugu azira uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ni umugabo w’Umunyarwanda, ufite imyaka 65, wari umaze imyaka 25 mu […]
Burundi: Perezida yaciriye urubanza Dr Sahabo wayoboraga Ibitaro bya Kira ataranaburana
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko azi impamvu Dr Sahabo Christophe, wahoze ayobora Ibitaro bya Kira, anashimangira ko iyaba ubutabera bwakoraga akazi kabwo yabaye yaraciriwe urubanza. Umukuru w’igihugu cy’u Burundi avuga ko Dr Sahabo ashinjwa icyaha cyo kunyereza umutungo w’igihugu. Kubwe, ngo iyaba ubutabera bwakoraga icyo bugomba gukora, uyu muganga yakabaye yaraciriwe urubanza ndetse […]
Ibicuruzwa biva hanze ya EAC binahakorerwa bizajya bisoreshwa 35% ibyo mu karere bisoreshwe zero – EABC

Ibicuruzwa bituruka hanze bikorerwa no mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba bigiye kujya bishyirirwaho umusoro ungana na 35%, mu gihe ibikorerwa mu karere bitazajya bisoreshwa mu bihugu bigize umuryango mu rwego rwo kurinda inganda zo mu karere no guha imirimo abaturage bako nk’uko byemejwe n’umuyobozi wa EABC, John Bosco Kalisa, mu kiganiro na Bwiza.com. Kuwa Mbere, […]
France: Hafunguwe dosiye ya al-Raisi uyobora Interpol uregwa n’Abongereza babiri
Abategetsi b’u Bufaransa bafunguye dosiye ya Perezida w’Igipolisi Mpuzamahanga (Interpol), Ahmed Nasser al-Raisi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kubera ibirego byo kwica urubozo no gufunga binyuranyije n’amategeko byatanzwe n’abongereza babiri bari bafungiye muri iki gihugu, nk’uko amakuru aturuka mu iperereza yabitangaje kuri uyu wa Gatatu. Dosiye ku kugira uruhare mu iyicarubozo k’umuyobozi wo hejuru […]
EABC veut que les entrepreneurs Congolais rejoignent le conseil

Le directeur exĂ©cutif de l’East African Business Council (EABC), M. John Bosco Kalisa, a exhortĂ© les entrepreneurs de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RD Congo) Ă rejoindre le conseil pour profiter des nombreux avantages offerts aux participants. M. Kalisa a tenu ces propos le 9 mai lors de l’ouverture officielle d’une rencontre entre l’EABC et […]
Huye: Akurikiranweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 7
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 55 ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 7 w’umuturanyi. Icyaha uregwa akurikiranyweho n’Ubushinjacyaha cyakozwe mu gihe cya saa yine z’amanywa ku wa 28/04/2022 mu mu mudugudu wa Bambiro, Akagari ka Gisakura,Umurenge wa Simbi mu Karere ka Huye, mu cyumba cyarimo imbaho, bivuzwe n’umwana yasambanyije . Mu ibazwa […]
Umunyamakuru w’inararibonye wa Al Jazeera yishwe n’Ingabo za Israel
Umunyamakuru w’inararibonye Al Jazeera, Shireen Abu Aqleh, yishwe arashwe n’ingabo za Israel kuri uyu wa Gatatu ubwo yari arimo gukurikirana igitero cyagabwe ku nkambi y’impunzi ya Jenin muri West Bank, nk’uko umufotozi wa AFP yabitangaje. Al Jazeera na minisiteri y’ubuzima ya Palesitine bemeje urupfu rwa Abu Aqleh w’imyaka 51, umuntu wari ukomeye muri serivisi y’amakuru […]
Igisirikare cya Burkinafaso kirigamba kwica ibyihebe 50
Kuri uyu wa Kabiri, ingabo za Burkinafaso zatangaje ko “zivuganye” byibuze “ibyihebe” mirongo itanu ku wa Mbere ubwo zasubizaga igitero cyagabwe mu majyaruguru y’uburengerazuba ndetse n’igikorwa cyabereye mu majyepfo y’uburengerazuba. Ku wa mbere, “umutwe wa Garsi (Groupe d’Action Rapide de Surveillance et d’Intervention) witwaye neza imbere y’igico cyatezwe n’abantu babarirwa muri mirongo mu birometero bike […]
RD: Urubanza rwa Vital Kamerhe ruratangira gusubirwamo kuri uyu wa Gatatu
Urubanza rwa Vital Kamerhe ruzakomeza kuri uyu wa gatatu. Birashoboka ko ari cyo gihe kugirango umuyobozi w’ishyaka Union pour la nation congolaise (UNC) yongere kwidegembya. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 11 Gicurasi 2022, biteganyijwe ko Vital Kamerhe azitaba abacamanza kugira ngo hasubukurwe urubanza rwe, nyuma y’aho Urukiko rusesa imanza rutesheje agaciro igihano yari yahawe […]
Abasenateri batangiye kugenzura imitangire ya serivisi z’ubuvuzi mu gihugu
Komite ya Sena ishinzwe imibereho myiza n’uburenganzira bwa muntu iri kuzenguruka igihugu isuzuma uko serivisi zitangwa mu rwego rw’ubuzima. By’umwihariko, intego yabo ni ukumenya uko serivisi zitangwa mu bitaro, n’intambwe imaze guterwa mu kuvura indwara zitandura (NCD) mu gihugu. Urugendo rw’iminsi 15 rwatangiriye ku wa Mbere, mu Mujyi wa Kigali, ruteganijwe kugera mu ntara zose […]
U Rwanda ruyoboye ibihugu byo mu karere mu kohereza ibicuruzwa byinshi muri RDC – EABC

Igihugu cy’u Rwanda nicyo kiyoboye ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba mu kohereza ibicuruzwa byinshi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rugakurikirwa na Uganda, Kenya, Tanzania n’u Burundi nk’uko byagaragajwe ubwo hatangizwaga inama ihuza Akanama gashinzwe Ubucuruzi mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EABC) n’Ihuriro ry’ibigo by’ubucuruzi byo muri Congo (FEC), yabereye i Goma kuri […]
Gasabo: Polisi yasubije amafaranga n’ibyangombwa byatowe n’umupolisi
Kuri uyu wa mbere, tariki ya 9 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda (RNP) yashyikirije amafaranga y’u Rwanda, ibihumbi mirongo ine (40,000 Frw) nyirayo nyuma yo gutoragurwa n’Umupolisi ukorera mu Kigo cya Polisi gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibinyabiziga (Automobile Inspection Centre) gikorera i Remera mu karere ka Gasabo. Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, nibwo Umupolisi witwa Senior Sergent […]
Imirwano hagati y’inyeshyamba z’Abanyarwanda n’ingabo z’u Burundi yiciwemo bane
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru gishize, itariki ya 8 Gicurasi 2022, imirambo ine yavumbuwe n’abaturage ku gasozi ka Ngara k’umusozi wa Gafumbegeti, muri Zone Butahana muri komini ya Mabayi. Ni mu ntara ya Cibitoke mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’u Burundi, muri kilometero byibuze 120 uvuye mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura. Iyi ni imirambo itatu y’inyeshyamba […]
Le Concours de beautĂ© “Miss Rwanda” temporairement suspendue en raison d’enquĂŞtes
Le ministère de la Jeunesse et de la Culture a temporairement suspendu le concours Miss Rwanda en invoquant une enquĂŞte en cours sur Prince Kid, l’organisateur. “Le ministère de la Jeunesse et de la Culture informe le grand public que le concours de beautĂ© “Miss Rwanda” a Ă©tĂ© suspendu dans l’attente de l’achèvement des enquĂŞtes”, […]
Umukinnyi w’Umunyekongo wakinaga mu Buholandi yishwe n’abagizi ba nabi
Rutahizamu ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jody Lukoki, yapfuye kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Gicurasi 2022, afite imyaka 29. Amakuru atugeraho avuga ko yatewe icyuma n’itsinda ry’abagizi ba nabi mu ijoro ryo ku cyumweru itariki ya 8 Gicurasi. Abakinnyi ba FC Twente yo mu Buholandi, ikipe ye ya nyuma, bamenyeshejwe muri iki […]
Minembwe: Batanu baguye mu mirwano hagati ya Mai-Mai na Twirwaneho
Ku cyumweru byibuze abarwanyi batanu baguye mu mirwano hagati y’umutwe witwaje intwaro wa Twirwaneho ugizwe ahanini n’Abanyamulenge n’imitwe ya Mai-Mai. Iyi mirwano yabereye i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko muri iyo mirwano, umurwanyi wo muri […]
Abimukira 44 baburiwe irengero nyuma yo kurohama k’ubwato bwabo mu mazi ya Maroc
Ubwato bwari burimo abimukira bwibiye mu mazi ku nkengero z’amazi muri Sahara y’uburengerazuba kuri iki cyumweru abagera kuri 44 baburirwa irengero. Umuryango w’abagiraneza bo muri Espagne, Caminando Fronteras, ni wo watangaje iyi nkuru uvuga ko abimukira 12 babashije kurokoka igihe ubwato bwibiraga kandi bahise batabwa muri yombi, mu gihe imirambo ine ari yo yakuwe mu […]
Umuherwe wa mbere ku Isi mu cyoba nyuma yo guterwa ubwoba n’Abarusiya
Umuherwe wa mbere ku Isi, Elon Musk, wigeze gusaba Perezida Putin ko bahura bagahangana uko ari babiri yamutsinda agahagarika intambara yo muri Ukraine, kuri ubu aravuga ko Abarusiya bari kumutera ubwoba. Uyu muyobozi w’uruganda rw’imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi rwa Tesla Inc., azwiho kuba atarigeze atinya guhangana n’abamurwanya ku mugaragaro kandi ntagire ubwoba, ari nacyo miliyoni 91.5 […]
G7 yiyemeje kutazemera ko u Burusiya butsinda intambara yo muri Ukraine
Itsinda ry’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi (G7) rigizwe na Canada, u Bufaransa, u Budage, u Butaliyani, u Buyapani, u Bwongereza, na Amerika, kuri iki cyumweru byasohoye itangazo rihuriweho ryamagana ibitero by’ingabo z’u Burusiya bikomeje muri Ukraine. Ibihugu birindwi byiyemeje kutazigera byemera ko Moscou itsindira “intambara irwana na Ukraine” kandi bisezeranya Kiev ko bizakomeza gushyigikira igisirikare […]
Ukraine: Byibuze abagera kuri 60 biciwe mu gitero cy’u Burusiya ku ishuri
Abayobozi bo mu burasirazuba bwa Ukraine baravuga ko abantu bagera kuri 60 bishwe igihe igisirikare cy’u Burusiya cyateraga ibisasu ku ishuri aho bari bahungiye mu mudugudu wa Bilohorivka. Igitero cyabaye ku mugoroba wo ku wa gatandatu, maze Serhiy Gaidai, guverineri w’akarere ka Luhansk, avuga ko abantu bagera kuri 90 bari mu ishuri igihe ryaraswagaho, bigatuma […]
RDC: Umunyamakuru w’icyamamare Ilunga Mwana Bute yapfuye
Umunyamakuru w’icyamamare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christian Ilunga Mwana Bute, yapfiriye i Kinshasa kuri uyu wa Gatandatu, itariki 7 Gicurasi, azize uburwayi bumaze igihe. Umunyamakuru Mwana Bute ni umwe mu bashyushyarugamba n’aba producer bamenyekanye cyane muri za 90 kuri radio na tereviziyo by’igihugu, RTNC (yahoze ari-OZRT). Nyuma yo kumara igihe kinini mu Burayi, […]
U Butaliyani bwafatiriye ubwato bivugwa ko ari ubwa Perezida Putin
U Butaliyani bwafatiriye ubwato bw’agaciro bivuwa ko ari ubwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya bufite ibibuga bigwaho kajugujugu bibiri, pisine n’aho kurebera firime bureshya na metero 140. Ingoro ireremba yafatiriwe n’abategetsi b’u Butaliyani, kubera ibihano u Burayi bwafatiye u Burusiya kubera intambara yo muri Ukraine nk’uko iyi nkuru dukesha Euronews ivuga. Abaharanira kurwanya ruswa bavuze […]
Uganda: Lt. Gen. Muhoozi yajyanwe mu rukiko kubera isabukuru ye y’imyaka 48
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yarezwe kubera ibikorwa bye byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 y’amavuko abantu benshi basobanuye ko ari intangiriro y’izungura rizarangira asimbuye se, Perezida Museveni, ku butegetsi. Uwareze, umunyamategeko Gawaya Tegulle, avuga ko gutangira kugaragara mu bikorwa bya politiki kwa Gen Muhoozi binyuranyije n’itegeko nshinga kubera ko ari umusirikare mukuru w’ingabo z’igihugu cya Uganda […]
U Bwongereza bugiye guha Ukraine asaga miliyari y’Ama-Pound yo gufasha mu ntambara n’ubutabazi
U Bwongereza bwavuze ko buzatanga andi mafaranga miliyari 1.3 z’amapound (miliyari 1.60 $) mu gutera inkunga igisirikare no gufasha muri Ukraine, ibyo bikaba byemejwe mbere yo kuvugana hifashishijwe ikoranabuhanga kuri iki cyumweru hagati y’itsinda ry’abayobozi barindwi hamwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky. Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson ni umwe mu bashyigikiye cyane ingufu […]
Kenya: Moteri yahaga amashanyarazi urugo rwa Kibaki yibwe nyuma y’iminsi ashyinguwe
Moteri yatangaga amashanyarazi mu rugo rwa Nyakwigendera Perezida Mwai Kibaki inamurikira ingo zituranye nawe mu Mudugudu wa Kanyange, mu Ntara ya Nyeri yangijwe ibyuma byayo biribwa nyuma y’iminsi itatu ashyinguwe ku ya 30 Mata. Iyi moteri yari yarashinzwe nko muri metero 50 uvuye ku rugo rw’uwahoze ari perezida. Nibura amazu 400 aturanye na Kibaki yahise […]
Burkina Faso: Abashinzwe umutekano 11 biciwe mu bitero by’iterabwoba
Abasirikare barindwi hamwe n’abafasha bane b’ingabo za Burkina Faso kuri uyu wa Kane biciwe mu bico bibiri byatezwe n’abaterabwoba mu turere two mu majyaruguru, nk’uko byatangajwe n’ingabo. Igitero cya mbere cyabereye hafi y’umujyi wa SollĂ©, gihitana “abasirikari babiri n’abakorerabushake mu kurinda igihugu (Volontaires pour la dĂ©fense de la patrie) bane”, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’ingabo. Igitero […]
Umwiraburakazi wa mbere ubana n’uwo bahuje igitsina yagizwe Umuvugizi wa White House

Ni impinduka zidasanzwe muri White House aho Karine Jean-Pierre yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi ya Amerika, ahinduka umugore wa mbere w’umwirabura kandi ubana n’uwo bahuje igitsina ugiye kuri uyu mwanya. “Ndi byose Donald Trump yanga.” Ibi nibyo Karine Jean-Pierre yavuze muri 2018. Nyuma y’imyaka ine, niwe rero uzaba ashinzwe kuvugira perezida no gukemura ibibazo byabajijwe buri […]
SM le Roi Mohammed VI lance les travaux du nouvel hôpital « Ibn Sina » à Rabat
Sa MajestĂ© le Roi Mohammed VI a procĂ©dĂ©, mercredi 5 mai 2022, au lancement des travaux de rĂ©novation et de reconstruction du nouvel Centre Hospitalier Universitaire(CHU) “Ibn Sina”, prĂ©vu ĂŞtre le complexe de santĂ© publique le plus complet et le plus moderne au Maroc et en Afrique. Il s’agit d’un investissement de plus de 6 […]
Le ministre Bamporiki suspendu dans le cadre d’une enquĂŞte pour des cas graves
Le prĂ©sident rwandais Paul Kagame a suspendu le secrĂ©taire d’État au ministère de la jeunesse et de la culture, ont annoncĂ© les autoritĂ©s. La suspension d’Edouard Bamporiki Ă©tait due Ă “des questions de responsabilitĂ© faisant l’objet d’enquĂŞtes”, selon un communiquĂ© du cabinet du Premier ministre. Il a Ă©galement Ă©tĂ© assignĂ© Ă rĂ©sidence alors qu’il faisait […]
Perezida Putin yasabye imbabazi Israel kubera ibyavuzwe na minisitiri we
Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Naftali Bennett, ngo Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye imbabazi ku magambo atavugwaho rumwe Moscou yavuze ashinja Israel gushyigikiraUbu-Nazi bushya muri Ukraine ndetse ikarenzaho ko kuba perezida wa Ukraine ari Umuyahudi nta gitangaje kuko na Adolf Hitler yari Umuyahudi. Kuri uyu wa Kane, abo bayobozi bombi bavuganye […]
Umwami Philippe w’u Bubiligi agiye gusura Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Umwami Philippe w’u Bubiligi n’Umwamikazi Mathilde bazasura Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuva ku ya 7 Kamena kugeza ku wa Mbere, itariki 13 Kamena 2022, nk’uko byatangajwe na Perezidansi ya Congo yemeza ko bazasura Kinshasa, Lubumbashi na Bukavu, ku butumire bwa FĂ©lix Tshisekedi. Ni uruzinduko rw’amateka dore ko ari rwo bwa mbere muri Repubulika ya […]
Icyorezo cya Covid-19 cyahitanye hagati ya miliyoni 13 na 17 kugeza mu mpera za 2021 – OMS
Ikigereranyo gishya cy’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) cyasohowe kuri wa Kane, itariki ya 5 Gicurasi, kiravuga ko icyorezo cya Covid-19 cyagize uruhare mu rupfu rw’abantu hagati ya miliyoni 13 na miliyoni 17 kugeza mu mpera za 2021. Iyi mibare yari itegerejwe cyane itanga igitekerezo gifatika cy’ingaruka mbi (harimo n’izitaziguye) z’icyorezo gikaze kurusha ibindi […]
Hahishuwe ko Amerika ari yo yicishije abajenerali b’Abarusiya muri Ukraine
Kuri uyu wa Kane, ikinyamakuru The New York Times cyatangaje ko Amerika yafashije ingabo za Ukraine mu kwica abajenerali b’Abarusiya ibinyujije mu gutanga amakuru y’aho baherereye muri Ukraine. Bivugwa ko Washington yahaye Kiev amakuru ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Burusiya, bivugwa ko cyimuka kenshi mu karere k’imirwano. Amakuru yatangajwe n’iki kinyamakuru avuga ko Kiev yahise […]
Urukiko rwakatiye umugore watoboye nkana udukingirizo tw’umugabo baryamanaga
Ibitangazamakuru byo mu Budage byatangaje ko urukiko rwo mu burengerazuba bw’iki gihugu rwasanze umugore ahamwa n’icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina maze rumuha igihano cy’amezi atandatu y’igifungo kubera ko yangije nkana agakingirizo ka mugenzi we bakoranaga imibonano mpuzabitsina. Mu gutanga iki cyemezo, umucamanza yavuze ko uru rubanza rudasanzwe ari rumwe mu z’amateka mu Budage, zerekana urugero […]
Le Patron de Rwanda Inspiration Back-Up, Dieudonné Ishimwe, est accusé de viol
Le Bureau d’enquĂŞte rwandais (RIB) a accusĂ© DieudonnĂ© Ishimwe, le directeur gĂ©nĂ©ral incarcĂ©rĂ© de Rwanda Inspiration Back-Up, la sociĂ©tĂ© qui organise Miss Rwanda, de viol, entre autres infractions. Ishimwe, un ancien artiste plus connu sous le nom de Prince Kid, a Ă©tĂ© arrĂŞtĂ© la semaine dernière, RIB remettant son dossier Ă l’AutoritĂ© nationale des poursuites […]
Rubavu: Baravuga ko bari kwamburwa Isoko rya Mbugangari bahawe na Perezida Kagame
Abaturage bo mu Murenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu, barashinja ubuyobozi gushaka kubambura isoko rya Mbugangari bahawe n’umukuru w’igihugu bakaryimurira mu wundi murenge, aho bavuga ko bashaka guteza imbere umurenge umwe wa Rubavu, uwabo wa Gisenyi bakawusubiza inyuma. Abaturage baremaga iri soko bavuga ko corona yabaye isoko bakarijyana babwirwa ko ari ukubera ikibazo cya […]