Le Rwanda demande aux autoritĂ©s de la RDC d’obtenir la libĂ©ration de ses soldats enlevĂ©s lors d’une patrouille

Les Forces rwandaises de dĂ©fense ont demandĂ© aux autoritĂ©s de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) d’obtenir la libĂ©ration de deux soldats rwandais enlevĂ©s la semaine derniĂšre lors d’une patrouille. La demande a Ă©tĂ© dĂ©posĂ©e samedi 28 mai, quelques jours aprĂšs une montĂ©e des tensions entre l’armĂ©e de la RD Congo (FARDC) et le groupe […]

Major Mukuraine wa UPDF yasanzwe muri lodge yapfuye

Polisi ya Uganda yemeje ko byibuze abantu 26 bakekwaho icyaha cyo kwicira umusirikare mukuru muri Lodge yo mu murwa mukuru, Kampala, batawe muri yombi. Major Joseph Mukuraine w’imyaka 44, umusirikare mukuru wa UPDF akaba n’umuyobozi wa SACCO Wazalendo y’abasirikare, ishami rya Entebbe, yasanzwe yapfiriye muri Birunga Lodge, ahitwa Kiwatule, mu nkengero z’umujyi. Umuvugizi wa polisi […]

Centrafrica: Hatangiye gutekerezwa uko Perezida Touadera yazaguma ku butegetsi nyuma ya manda 2

Abafatanyabikorwa ba Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin-Archange Touadera basabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga bikamufasha gukomeza kwiyamamariza uwo mwanya, ibyatumye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bigaragambya. Abashyigikiye gahunda yo gukuraho umubare wa manda ya perezida bavuze ko byari bigamije guhuza igihugu na benshi mu baturanyi bacyo, kandi ko atari amayeri yo kugumisha Touadera w’imyaka 65 […]

Un Rwandais élu directeur exécutif de la BAD

Jonathan Nzayikorera, un Ă©conomiste rwandais, a Ă©tĂ© Ă©lu par le Conseil des gouverneurs de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) en tant que nouveau directeur exĂ©cutif de la banque, reprĂ©sentant neuf circonscriptions d’Afrique de l’Est. L’Ă©volution a Ă©tĂ© annoncĂ©e jeudi par le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Uzziel Ndagijimana. Avant sa nomination, […]

Uganda: Gen. Sejusa yamaze gusinya ibyangombwa bimwemerera kuva mu gisirikare

Uwahoze ari intasi nkuru muri Uganda, Gen. David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996, kuri uyu wa Kane yagaragaye asinya ibyangombwa bimwemerera kujya mu zabukuru muri Minisiteri y’Ingabo, ikimenyetso cy’uko azemererwa gusohoka mu gisirikare muri Nyakanga. Ibi byatangajwe kuri konte yemewe ya Twitter y’umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo, Brig. Felix Kulayigye, kuri uyu […]

Rurageretse hagati ya Samuel Eto’o n’umukobwa we yari yarirengagije

Erika Do Rosario Nieves, umukobwa w’imyaka 22 byemejwe ko ari umukobwa wa Samuel Eto’o, yaretse guceceka kuva hatangazwa ko ariho muri Gashyantare. Arasaba ko yishyurwa imyaka ibiri y’ibirarane by’amafaranga yo kumutunga. Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, kuri ubu ari mu bibazo. Erika Do Rosario Nieves, yatangajwe muri Gashyantare nk’umukobwa wemewe n’amategeko […]

U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wa Loni wo gukaza ibihano kuri Koreya ya Ruguru

U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wo gukaza ibihano by’Umuryango w’Abibumbye kuri Koreya ya Ruguru nyuma y’igerageza ritandukanye rya misile yakoze muri uyu mwaka, akaba ari ubwa mbere ibihugu bitanu bifite veto muri Loni binyuranyije ku bihano bireba Pyongyang kuva mu 2006. Ibindi bihugu 13 bigize akanama k’umutekano ka Loni byose byari byatoye bishyigikira icyemezo […]

Umunyarwanda yagizwe umuyobozi nshingwabikorwa muri Banki Nyafurika itsura Amajyambere

Jonathan Nzayikorera, impuguke mu by’ubukungu y’Umunyarwanda yatowe n’Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) nk’umuyobozi mushya nshingwabikorwa wa banki, uhagarariye intara icyenda zo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane na Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Uzziel Ndagijimana. Mbere yo gushyirwaho, Nzayikorera yari Umujyanama mukuru w’umuyobozi mukuru w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba muri AfDB, umwanya […]

RDC: Abasirikare 8 ba FARDC barimo umukoloneli barashinjwa kwica Umushinwa

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 25 Gicurasi 2022, umukoloneri mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abandi basirikare 7 batawe muri yombi na bagenzi babo, bashyikirijwe Guverineri wa Ituri. Barashinjwa kuba barishe Umushinwa n’umurinzi we w’Umunyekongo ku ya 18 Werurwe i Labo, hafi y’akarere ka Nderembi gaherereye mu nkengero z’iburengerazuba bw’umujyi wa […]

Rubavu: Urukiko rwakatiye umunyerondo wishe mugenzi we bari ku irondo

Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu ruherutse gusoma urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho uwitwa Mugiraneza Jean DamascĂšne icyaha cy’ubwicanyi, yakoreye mu Karere ka Nyabihu , Umurenge wa Jenda, Akagari ka Rega mu Mudugudu wa Kajebenshi ubwo yicaga uwitwa Hitimana Alphonse alias KANA mu ijoro ryo ku wa 9/4/2022, amuteye icyuma ku mutima agahita apfa. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ishobora kongera kuba isibaniro ry’ibihugu byo mu karere – ICG

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ishobora kongera kuba isibaniro ry’ibihugu byo mu karere nk’uko byatangajwe n’Ikigo International Crisis Group (ICG) muri raporo yacyo. Iyi raporo yashyizwe ahagargara mu gihe imirwano ikomeje guca ibintu mu nkengero z’Umujyi wa Goma mu bice bya Bunagana, Rutshuru na Rumangabo, aho bivugwa ko ikigo cya gisirikare cyaho cyari kigaruriwe […]

Kenya: Visi Perezida Ruto yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Uhuru Kenyatta

Visi Perezida wa Kenya, William Kipchirchir Samoei Ruto, yinginze Perezida Uhuru Kenyatta ngo amubabarire niba atarageze ku byo yari yitezweho mu gihe cy’imyaka icumi bayoboranye igihugu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 26 Gicurasi, mu masengesho yo gusengera igihugu yabereye muri Safari Park Hotel i Nairobi, visi perezida yemeye ko ashobora kuba yarashwanye n’umukuru w’igihugu, […]

Senegal: Inkongi y’umuriro mu bitaro yahitanye impinja 11

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Gicurasi, impinja 11 zapfuye zizize inkongi y’umuriro yadutse mu bitaro bya Tivaouane, ibyago ngo byerekana amakosa akomeye ya sisitemu y’ubuzima ya Senegal. Minisitiri w’ubuzima Abdoulaye Diouf Sarr yavuze ko inkongi y’umuriro yatewe n’amashanyarazi mu gice cy’abana bakivuka mu Bitaro bya Abdoul Aziz Sy Dabakh. Yagize ati: Igice gifite ubushobozi […]

L’ancienne Miss Rwanda libĂ©rĂ©e sous caution

Le tribunal primaire de Kicukiro a accordĂ© le mercredi 25 mai une libĂ©ration sous caution Ă  Elsa Iradukunda, Miss Rwanda 2017, aprĂšs que le parquet a retirĂ© leur dossier de dĂ©tention provisoire. Iradukunda est accusĂ© de diverses accusations, notamment d’avoir influencĂ© des assistants d’organes judiciaires, d’avoir fait de faux tĂ©moignages ainsi que d’avoir utilisĂ© de […]

RDC: Ihuriro VICI-RDC rirasaba leta kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa

Ihuriro ry’Abenegihugu, Vigilance Citoyenne, “ryishimiye intambwe igaragara yatewe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu kurwanya inyeshyamba za M23 rivuga ko zishyigikiwe n’u Rwanda mu mirwano ibera i Nyiragongo na Rutshuru”, risaba ko Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, yahambirizwa. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryabonwe na ACTU7.CD, dukesha iyi nkuru, kuri uyu wa […]

Kigali: Polisi yataye muri yombi agatsiko k’abahinduraga numero ziranga telephone zibwe

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, ku wa mbere tariki ya 23 Gicurasi, yafashe abantu 12 bahinduraga nimero ziranga amatelefone yibwe zizwi nka IMEI cyangwa Serial number zigizwe n’imibare 15, ari nayo yifashishwa mu kuzikurikirana iyo zibwe kugira ngo zifatwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko […]

Protais Mpiranya yatumye Zimbabwe ishaka koherereza Ethiopia umunyagitugu Mengistu

Nyuma y’ivumburwa ry’urupfu, kuva mu 2006, rw’uwari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Protais Mpiranya, mu minsi mike ishize, ikibazo cy’abacitse ubutabera bihishe ku butaka bwa Zimbabwe giteye impungenge. Ku rwego rwa mbere, ni ikibazo cy’uwahoze ari umuyobozi wa Ethiopia, Mengistu Haile Mariam, Zimbabwe yaba yiteguye kohereza mu gihe yasabwa n’igihugu cye. Kuva mu 1991, […]

Chakwera et Kagame conviennent de stimuler le commerce entre le Rwanda et le Malawi

Le prĂ©sident du Malawi, Lazarus Chakwera, a rencontrĂ© hier le prĂ©sident du Rwanda, Paul Kagame, et les deux dirigeants ont convenu de travailler ensemble pour stimuler le commerce entre leurs deux pays. Les deux dirigeants se sont rencontrĂ©s au Forum Ă©conomique mondial aprĂšs avoir coprĂ©sidĂ© un petit-dĂ©jeuner visant Ă  engager les acteurs du secteur privĂ© […]

Abavumbuzi 10 b’Abirabura utigeze umenya n’ubuvumbuzi bwabo

benjamin_banneker-header_1200x575.jpg

Kuva muri Misiri ya kera kugeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu bo muri Diaspora nyafurika bagiye bavumbura ibintu bishya bigezweho kandi bifitiye Isi akamaro. Nubwo tumenyereye ibihangano bya C.J. Walker na George Washington Carver, hariho ibintu byinshi byavumbuwe n’Abirabura bitamenywe na benshi. Ni muri urwo rwego twabateguriye urutonde rw’abavumbuzi icumi b’Abirabura batazwi cyane […]

U Rwanda na Malawi byiyemeje kurushaho kuzamura ubucuruzi hagati yabyo

Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yahuye na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, maze abayobozi bombi bemeranya gukorera hamwe mu kuzamura ubucuruzi hagati y’ibihugu byabo byombi. Aba bayobozi bombi bahuriye mu nama ya World Economic Forum nyuma y’aho bombi bafatanije kuyobora inama ya mu gitondo igamije kuganira n’abikorera baturutse hirya no […]

Umuyobozi wa BAD arizeza ko Afurika itazahura n’ikibazo cy’ibiribwa

Afurika ntizigera ihura n’ikibazo cy’ibiribwa, nk’uko umuyobozi wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere, Akinwumi Adesina, yabyijeje ku wa Mbere i Accra, muri Ghana. Mu kiganiro n’itangazamakuru mu rwego rw’inama ngarukamwaka za BAD, Adesina yagize ati: “Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) yashyizeho gahunda yo guhangana n’ikibazo cy’ibiribwa muri Afurika, abantu bose bakeka ko kizaba byanze bikunze”. Yasobanuye […]

Abimukira 76 baburiwe irengero nyuma y’impanuka y’ubwato mu mazi ya Tunisia

Abantu 76 baburiwe irengero nyuma y’aho ubwato bwari burimo abimukira burohamiye hafi ya Tnisia kuri uyu wa Gatatu nk’uko byatangajwe n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Bimukira. Uyu muryango uvuga ko abantu 24 batabawe bakuwe mu bwato bwari bwahagurukiye ku nkombe za Zawara muri Libya bukarohama ku nkombe za Sfax, umujyi wo muri Tunisia. Ikinyamakuru The Jerusalem […]

U Buholandi: U Rwanda ruratanga icyifuzo gishya cyo kohererezwa Major Karangwa

Guverinoma y’u Rwanda igiye gutanga icyifuzo gishya cyo kohererezwa Maj. Pierre-Claver Karangwa wafatiwe mu Buholandi mu ntangiriro z’uku kwezi ukuriiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Karangwa wahoze ari umusirikare mu butegetsi bwakoze jenoside, bivugwa ko ari umwe mu bagize uruhare runini mu iyicwa ry’ibihumbi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yatawe muri […]

Indege z’intambara z’u Bushinwa n’u Burusiya hafi y’u Buyapani mu gihe Biden yari i Tokyo

24quad-members.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri w’ingabo w’u Buyapani, Nobuo Kishi, yavuze ko indege z’intambara z’Abashinwa n’Abarusiya zahagurukiye hamwe hafi y’u Buyapani, akomeza avuga ko Tokyo yamaganye ku mugaragaro Beijing na Moscou yerekana ko ifite impungenge zikomeye. Izi ndege z’u Bushinwa n’u Burusiya zahuriranye n’umunsi i Tokyo haberaga inama, yanitabiriwe na Perezida Joe Biden, y’ihuriro “Quad” […]

Bunagana: Ubuzima bwatangiye kugaruka nyuma y’imirwano ikaze hagati ya FARDC na M23

Ubuzima bwatangiye kugaruka kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Gicurasi 2022, i Bunagana muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru). Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, abaturage bahunze imirwano iheruka kuba hagati y’ingabo za Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 mu majyepfo ya Bunagana batangiye guhunguka buhoro buhoro. Ariko kugeza ubu, impungenge ziracyari mu majyepfo y’iburasirazuba […]

Amafoto: Menya Imiterere y’amapeti atangwa mu Gisirikare cya Kenya (KDF)

kenya-army.jpg

Ipeti ryo hasi muri ba ofisiye b’Igisirikare cya Kenya ni Second Lieutenant (2Lt) ugeraho ukirangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya (Kenya Military Academy), mu gihe ipeti ryo hejuru ari irya Jenerali (w’inyenyeri enye). Kenya ariko ifite ofisiye umwe w’ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye ari nawe mugaba mukuru w’ingabo nk’uko tubikesha Minisiteri y’Ingabo […]

U Bushinwa bwabwiye Amerika ko irimo gukina n’umuriro

U Bushinwa bwabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere ushize ko zirimo gukina n’umuriro kandi ko amaherezo ari zo uzatwika. Ni nyuma y’aho Perezida Joe Biden yongeye gushimangira ko U Bushinwa nibutera Taiwan igihugu cye kizahita cyinjira mu ntambara gutabara iki kirwa. Umuvugizi w’Ibiro by’ububanyi n’amahanga by’u Bushinwa bishinzwe Taiwan, Zhu Fenglian, […]

Ukraine: Urukiko rwategetse ifatwa ry’uwahoze ari perezida kubera ubugambanyi

Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, urukiko rwo muri Ukraine rwategetse ko hafatwa uwahoze ari Perezida Viktor Yanukovych adahari, rumushinja ubugambanyi kubera amasezerano yasinyanye mu mwaka wa 2010 n’u Burusiya yo gukomeza gufatira amato ya Ukraine muri CrimĂ©e. Aya masezerano azwi cyane muri Ukraine nk’Amasezerano ya Kharkiv, yemereye u Burusiya kugumana amato yo mu […]

Maroc ishyigikiye kandidatire rukumbi ya Mushikiwabo ngo azakomeze kuvugurura OIF

ftdt0tmwiaax_lh.jpg

Ubwami bwa Maroc bwatanze igitekerezo cy’uko hatazagira undi muntu uhatana n’Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie uriho ubu, Louise Mushikiwabo, mu yindi manda kugirango azabashe gukomeza amavugurura yatangije mu muryango, nk’uko byemejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Ubufatanye bw’Abanyafurika n’Abanya-Maroc baba mu mahanga, Nasser Bourita. Ubu ni bwo buryo bwumvikana […]

Kagame à Davos pour le Forum économique mondial

ftgkk1vxoamgsdq.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© dans la ville suisse de Davos oĂč il rejoint plus de 50 chefs d’État pour la rĂ©union annuelle du Forum Ă©conomique mondial. RĂ©unissant plus de 2000 dirigeants et experts aprĂšs deux ans sans Ă©vĂ©nements en personne, le forum est centrĂ© sur le thĂšme “L’histoire Ă  un tournant : politiques […]

Abanya-Ukraine binjira mu Bwongereza binyuranije n’amategeko nabo bashobora kwisanga mu Rwanda

Mu gihe intambara y’u Burusiya ikomeje muri Ukraine, impunzi zo muri Ukraine zikomeje kwinjira mu Bwongereza ku bwinshi kuko hariyo umubare munini w’abaturage ba Ukraine bahaba, gusa biravugwa ko abadafite ibyangombwa bashobora kugongwa n’icyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye mu Bwongereza binyuranyije n’amategeko. Guverinoma y’u Bwongereza yagiranye amasezerano n’u Rwanda yo kuhohereza abantu bose […]

Umudipolomate w’inararibonye w’u Burusiya yeguye kubera intambara yo muri Ukraine

Umudipolomate w’inararibonye w’u Burusiya wakoreraga ku biro by’Umuryango w’Abibumbye i Geneve yatanze ubwegure bwe kandi yoherereza itangazo bagenzi be b’abanyamahanga banegura “intambara y’ubugizi bwa nabi” yashojwe na Perezida Vladimir Putin muri Ukraine. Boris Bondarev wakoraga nk’umujyanama mu butumwa buhoraho bw’u Burusiya muri Loni i Geneve, yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters ati: “Nagiye mu butumwa nk’abandi ku […]

RDC: Imirwano hagati ya FARDC na M23 yakomeje gufata intera muri Jomba

Imirwano imaze iminsi ibiri hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zishyigikiwe na MONUSCO ndetse n’inyeshyamba za M23 iragenda ifata intera muri Gurupoma ya Jomba, muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru). Nyuma y’imirwano ikaze ku cyumweru, itariki ya 22 Gicurasi, humvikanye urusaku rw’intwaro ziremereye kandi zoroheje kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, […]

Havumbuwe ko Mozambique yari ifite abasirikare 7,000 ba baringa kandi bahembwa

Ikinyamakuru Carta de Moçambique cyavumbuye ko Mozambique yari ifite abasirikare bagera mu 7,000 ba baringa, mu gisirikare gihembwa nabi, gifite imyitozo idahagije, bigaragaza impamvu igihugu cyitabaje amahanga ngo agifashe guhangana n’ibyihebe. Iki kinyamakuru cyamenye ko imishahara y’aba basirikare ba baringa yajyaga mu mifuka ya bamwe mu basirikare bakuru, kandi ko hari umubare uzamuka w’abana b’abahoze […]

Biden, Zuckerberg na Morgan Freeman bakumiriwe ku butaka bw’u Burusiya Trump ahabwa ikaze

U Burusiya bwakumiriye burundu ku butaka bwabwo abanyapolitiki b’Abanyamerika, ibyamamare n’abayobozi barenga 900, barimo Perezida Joe Biden, Visi Perezida Kamala Harris, Umuyobozi mukuru wa Meta, Mark Zuckerberg n’umukinnyi wa filime, Morgan Freeman, ariko buha ikaze Donald Trump. Ku wa Gatandatu, nibwo Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yatangaje ikumira ry’aba bantu mu rwego rwo gusubiza ibihano […]

Ukraine yakatiye umusirikare wa mbere w’u Burusiya kubera ibyaha by’intambara

Kuri uyu wa Mbere, urukiko rwo muri Ukraine rwakatiye umusirikare w’u Burusiya igifungo cya burundu azira kwica umusivili udafite intwaro mu rubanza rwa mbere rw’ibyaha by’intambara byaturutse ku gitero cy’u Burusiya. Ku ya 28 Gashyantare, Vadim Shishimarin, umusirikare ukoresha igifaru w’imyaka 21, yemeye icyaha cyo kwica Oleksandr Shelipov w’imyaka 62 y’amavuko mu mudugudu wa Chupakhivka […]

Uganda: Depite Adeke n’abandi bantu bane bafatiwe na polisi ku rugo rwa Besigye

Umudepite w’umugore uhagarariye Soroti mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anna Adeke hamwe n’abandi bantu bane batawe muri yombi nyuma yo guhangana n’abapolisi mu mujyi wa Kasangati mu karere ka Wakiso ubwo bageragezaga kwerekeza mu rugo rw’uwahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida, Dr Kizza Besigye. Uyu mudepite yavuze ko yamenyeshejwe ibijyanye n’ifatwa rya Dr […]

Gakenke: Gitifu arashinjwa kwigira umupolisi akaka abamotari ibyangombwa akabaca n’amande

Bamwe mu bamotari bakorera mu Murenge wa Muhondo, mu Karere ka Gakenke, mu Ntara y’Amajyaruguru, barashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu murenge, Gasasa Evergiste, kuba yarigize umupolisi akajya abaca amande, akabaka ibyangombwa uwanze agatwara moto ye. Umwe mu bamotari wavuganye na BTN yasobanuye ibibazo bafitanye n’uyu muyobozi. Ati “Nuko gitifu aduhagarika akatwaka ibyangombwa. Akadutangira
wenda kutubaza ibya covid […]

Le directeur gĂ©nĂ©ral adjoint de RGB arrĂȘtĂ© pour escroquerie, faux documents

Le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) a arrĂȘtĂ© le Dr Emmanuel Nibishaka, directeur gĂ©nĂ©ral adjoint du Conseil de gouvernance du Rwanda (RGB) pour fraude et utilisation de faux documents. Nibishaka est actuellement dĂ©tenu Ă  la station RIB de Remera alors que son dossier est en cours de constitution en vue de poursuites. Thierry Murangira, porte-parole de […]

Perezida Macky Sall wa Senegal aritegura gusura u Burusiya na Ukraine

Perezida wa Senegal, Macky Sall, kuri iki Cyumweru yatangaje ko azajya mu Burusiya na Ukraine vuba aha mu izina ry’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ayoboye muri uyu mwaka. Uruzinduko rwe rwari ruteganyijwe ku itariki ya 18 Gicurasi ariko rusubikwa ku mpamvu z’imitegurire mbere yo kwegezwa inyuma nk’uko Perezida Sall yabitangaje mu kiganiro n’itangazamakuru yahuriyemo na […]

Huye: Urukiko rwakatiye umugabo wishe umugore azira umwana yari atwite

Mu mpera z’icyumweru gishize ku gicamunsi cy’itariki ya 20 Gicurasi 2020, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye ruri Kigoma mu karere ka Huye ahabereye icyaha, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Havugiyaremye Vianney w’imyaka 40 icyaha cyo kwica umugore amukubise ifuni, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. N’ubwo uregwa yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo […]

RDC: Uwahoze ari minisitiri w’ingabo, AimĂ© Ngoy Mukena, ntakiri ku Isi y’abazima

Uwahoze ari Minisitiri w’ingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, AimĂ© Ngoy Mukena, ndetse wigeze kuba na Guverineri wa Katanga yapfuye yishwe n’indwara nk’uko byatangajwe ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, itariki 22 Gicurasi 2022. Amakuru atandukanye atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Congo aravuga ko Ngoy Mukena yapfiriye I Lubumbashi kuri iki Cyumweru nyuma y’iminsi micye […]

Urubanza rwa Bucyibaruta: Humviswe ukuriye iperereza ku byaha byibasira inyoko muntu

Ku munsi wa 9 w’urubanza rwa Bucyibaruta Laurent rubera i Paris mu Bufaransa, urukiko rwakiriye Gen Jean Philippe Reiland, ukuriye iperereza ku byaha byibasira inyoko muntu. Avuga ko bafite amadosiye agera kuri 30 y’abakekwaho Jenoside, ku bya Bucyibaruta bageze mu Rwanda incuro 7, bavugana n’abarenga ijana. Uru rwego ayoboye rwitwa OCLCH (Office Central de Lutte […]

U Burusiya buravuga ko bwasenye ububiko bwa misile uburengerazuba buherutse guha Ukraine

Kuva kuri uyu wa Gatandatu, u Burusiya bwakomeje kurasa mu burasirazuba bwa Ukraine kandi buvuga ko bwasenye bubiko bwa missiles de croisiĂšre zatanzwe n’Uburengerazuba, mu gihe Perezida wa Amerika Joe Biden yashyiraga umukono ku itegeko riteganya guha Ukaine inkunga nshya ingana na miliyari 40 z’amadolari. Nk’uko byatangajwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, icyiciro cy’intambara […]

Igihugu cya Benin kirateganya gukura ingabo zacyo muri MINUSMA

Abategetsi ba BĂ©nin batangaje ku wa Gatandatu, ko ingabo zabo zagiye mu butumwa bwa Loni muri Mali zigiye gucyurwa buhoro buhoro. Kubera iki? Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Benin, AurĂ©lien AgbĂ©nonci, yatangaje ko igihugu cye kizakura abasirikare bacyo 390 bakorera muri MINUSMA. Mu ibaruwa Cotonou yandikiye Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango w’Abibumbye, yerekanye amatariki yo kuvana ingabo zabo […]

Gasabo: Umugore arashinjwa gutwika umugabo we akoresheje isombe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo umugore watwitse umugabo we batasezeranye amumenyeho isombe ishyushye yaratetse amuziza y’uko ngo yagiye kuguza amafaranga batabyumvikanyeho. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko uyu mugore yabajijwe akemera icyaha akanagisabira imbabazi avuga ko yabikoze abitewe n’umujinya. Hagati aho, iyi dosiye iracyategurwa mbere yo gushyikirizwa urukiko. Icyaha cyo […]

U Burusiya bwakupiye gaz Finlande iherutse gusaba kwinjira muri NATO

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Gicurasi, igihangange cy’ingufu z’u Burusiya, Gazprom, cyatangaje ko cyahagaritse kohereza gaz muri Finlande nyuma y’uko Helsinki yanze kwishyura mu mafaranga akoreshwa mu Burusiya (Rubles). Isosiyete y’ingufu ya Leta ya Finlande, Gasum, ntabwo yemeye amabwiriza yashyizweho na Moscou y’igihe ntarengwa cy’itariki ya 20 Gicurasi, bituma Gazprom “ihagarika burundu itangwa rya […]

FARDC irashinja M23 kurenga ku ihagarikwa ry’imirwano

Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 20 Gicurasi, umuvugizi w’ibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Lt. Col. Guillaume Njike yashinje umutwe wa M23 kuba yararenze ku ihagarikwa ry’imirwano muri Kivu y’Amajyaruguru. Abakuru b’ibihugu bya Congo na Kenya bari bahamagariye imitwe yitwaje intwaro mu Ntara ya Ituri na Kivu zombi gushyira intwaro hasi, nyuma y’inama zabereye […]

U Burusiya bugiye kubaka ibirindiro bya gisirikare 12 mu rwego rwo gusubiza Finlande na Suede

U Burusiya burateganya gushinga ibirindiro 12 bya gisirikare mu burengerazuba bw’igihugu mu rwego rwo gusubiza Suede na Finlande bisaba kuba NATO. Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya, Serge Shoigu yabitangaje, avuga ko ibirindiro bishya bizaba byubatswe mu “mpera z’umwaka”. Yavuze ko “ibirindiro 12 bya gisirikare bizoherezwa mu Karere ka Gisirikare ko mu Burengerazuba”, […]

Bimwe mu bihugu ku Isi bitaremerwa n’Umuryango w’Abibumbye n’icyabiteye

Loni ivuga ko “kwemera leta cyangwa guverinoma nshya ari igikorwa ibindi bihugu na guverinoma byonyine bishobora gukora. Kandi, ibihugu bimwe na bimwe ntibiremerwa ku mugaragaro ku Isi. Hano twabatoranyirije ibihugu bimwe bitari byaba abanyamuryango ba Loni. Ubundi se igihugu ni iki? Ntibyoroshye gusubiza iki kibazo gisa nk’icyoroshye. Kubera ko igitekerezo cy’igihugu kidasobanutse. Iyo ushakishije igisobanuro […]

Urubanza rwa Bucyibaruta: Umutangabuhamya ufunzwe yahakanye ibyo yavuze mu 2012, ngo yabikoze ku gahato

Ku munsi wa 8 w’urubanza rwa Bucyibaruta rubera I Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya ufungiye muri gereza ya Nyanza. Mu buhamya bwe ntahuza n’ibyo yavuze mu 2012, agasobanura ko yabivugishijwe n’impamvu z’umutekano we muri gereza. Uyu mutangabuhamya BAKUNDUKIZE Innocent w’imyaka 67. Yabaye Burugumesitiri wa Komini Mubuga ku Gikongoro incuro ebyiri, kuko yabanje kuyobora iyi Komini […]

50 demandeurs d’asile britanniques attendus au Rwanda d’ici fin mai

Le Rwanda s’attend Ă  ce que le premier groupe de 50 demandeurs d’asile soit transfĂ©rĂ© du Royaume-Uni d’ici la fin mai, a dĂ©clarĂ© jeudi un porte-parole du gouvernement. En avril, le gouvernement britannique a annoncĂ© son intention d’envoyer des demandeurs d’asile dans ce pays d’Afrique de l’Est, mais plus tĂŽt ce mois-ci, il a dĂ©clarĂ© […]

Imodoka ya Benz yakozwe mu 1955 yabaye imodoka ya mbere ihenze ku Isi na miliyari hafi 150 Frw

50345007306_ac71b95df7_b.jpg

Imodoka ya Mercedes-Benz yo mu 1955, 300 SLR Uhlenhaut, yabaye imodoka ya mbere ihenze ku Isi nyuma yo kugurwa mu cyamunara n’umuntu ukusanya ibintu bya kera, indi modoka nk’iyi ikaba izaguma mu nzu ndangamurage w’imodoka ya Mercedes. Mercede-Benz yatangaje ko yagurishije iyi modoka ku muntu wigenga ku kayabo ka miliyoni 143 z’Amadolari ( Hafi miliyari […]

RDC: Joseph Kabila na Moise Katumbi baba bari mu nzira zo kwiyunga?

felix_kabange_22_02145_jpg_640_350_1.jpg

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Joseph Kabila wahoze ari umkuru w’igihugu, n’umunyapolitiki Moise Katumbi, bahoze ari inshuti magara mbere yo gutandukana kubera kutumvikana ku ngingo zimwe na zimwe, bishoboka ko bashobora kongera kwiyunga nk’uko byemejwe n’umwe mu begereye Kabila. “Ntabwo bizaba bitangaje kubona Joseph Kabila na MoĂŻse Katumbi biyunga. Ni […]

Ubukemurampaka (ADR) igisubizo ku bibazo by’idindira ry’imanza, gutakaza amafaranga, umwanya n’imibanire myiza

Uburyo bwo gukemura amakimbirane bitabaye ngombwa ko abayafitanye bajya mu nkiko (Alternative Dispute Resolution), ahubwo bakitabaza ubuhuza cyangwa ubukemurampaka ni bumwe mu buryo butanga igisubizo kirambye ndetse Abanyarwanda bashishikarizwa kuyoboka kurusha uko bitabira imanza mu nkiko. Ubu buryo bwo gukemura amakimbirane butuma akemurwa mu buryo bwihuse, bikabera aho ariho hose, kandi bwemerera ababuranyi kubona inyandiko […]

Finlande ntizemera ko NATO yohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa ishyira ibirindiro ku butaka bwayo

Minisitiri w’intebe Sanna Marin wa Finlande yavuze ko igihugu cye kitemera ko NATO yakohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa gushinga ibirindiro bya gisirikare ku butaka bwayo kabone n’iyo yakwemererwa kwinjira muri ubwo bufatanye. Marin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani Corriere della Sera mu kiganiro cyasohotse kuri uyu wa Kane avuga ko ibikorwa nk’ibi bitari mu mishyikirano […]

Indwara isa nk’ubushita yari imenyerewe muri Afurika yageze no mu Burayi na Amerika

Ishami rishinzwe ubuzima rusange rya Massachusetts muri Amerika kuri uyu wa Gatatu ryatangaje ko hatahuwe virusi itera indwara imeze nk’ubushita ku mugabo uherutse kujya muri Canada. Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) ku gicamunsi cyo ku wa gatatu cyatangaje ko laboratoire zayo zemeje ko iyi ndwara ari ‘monkeypox’. Ikigo cya Leta […]