Le Rwanda demande aux autoritĂ©s de la RDC d’obtenir la libĂ©ration de ses soldats enlevĂ©s lors d’une patrouille
Les Forces rwandaises de dĂ©fense ont demandĂ© aux autoritĂ©s de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) d’obtenir la libĂ©ration de deux soldats rwandais enlevĂ©s la semaine derniĂšre lors d’une patrouille. La demande a Ă©tĂ© dĂ©posĂ©e samedi 28 mai, quelques jours aprĂšs une montĂ©e des tensions entre l’armĂ©e de la RD Congo (FARDC) et le groupe […]
Major Mukuraine wa UPDF yasanzwe muri lodge yapfuye
Polisi ya Uganda yemeje ko byibuze abantu 26 bakekwaho icyaha cyo kwicira umusirikare mukuru muri Lodge yo mu murwa mukuru, Kampala, batawe muri yombi. Major Joseph Mukuraine w’imyaka 44, umusirikare mukuru wa UPDF akaba n’umuyobozi wa SACCO Wazalendo yâabasirikare, ishami rya Entebbe, yasanzwe yapfiriye muri Birunga Lodge, ahitwa Kiwatule, mu nkengero z’umujyi. Umuvugizi wa polisi […]
Centrafrica: Hatangiye gutekerezwa uko Perezida Touadera yazaguma ku butegetsi nyuma ya manda 2
Abafatanyabikorwa ba Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin-Archange Touadera basabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga bikamufasha gukomeza kwiyamamariza uwo mwanya, ibyatumye abatavuga rumwe nâubutegetsi bigaragambya. Abashyigikiye gahunda yo gukuraho umubare wa manda ya perezida bavuze ko byari bigamije guhuza igihugu na benshi mu baturanyi bacyo, kandi ko atari amayeri yo kugumisha Touadera w’imyaka 65 […]
Un Rwandais élu directeur exécutif de la BAD
Jonathan Nzayikorera, un Ă©conomiste rwandais, a Ă©tĂ© Ă©lu par le Conseil des gouverneurs de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) en tant que nouveau directeur exĂ©cutif de la banque, reprĂ©sentant neuf circonscriptions d’Afrique de l’Est. L’Ă©volution a Ă©tĂ© annoncĂ©e jeudi par le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Uzziel Ndagijimana. Avant sa nomination, […]
Uganda: Gen. Sejusa yamaze gusinya ibyangombwa bimwemerera kuva mu gisirikare
Uwahoze ari intasi nkuru muri Uganda, Gen. David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996, kuri uyu wa Kane yagaragaye asinya ibyangombwa bimwemerera kujya mu zabukuru muri Minisiteri y’Ingabo, ikimenyetso cy’uko azemererwa gusohoka mu gisirikare muri Nyakanga. Ibi byatangajwe kuri konte yemewe ya Twitter yâumuvugizi wa Minisiteri yâingabo, Brig. Felix Kulayigye, kuri uyu […]
Rurageretse hagati ya Samuel Etoâo nâumukobwa we yari yarirengagije
Erika Do Rosario Nieves, umukobwa wâimyaka 22 byemejwe ko ari umukobwa wa Samuel Eto’o, yaretse guceceka kuva hatangazwa ko ariho muri Gashyantare. Arasaba ko yishyurwa imyaka ibiri yâibirarane byâamafaranga yo kumutunga. Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, kuri ubu ari mu bibazo. Erika Do Rosario Nieves, yatangajwe muri Gashyantare nk’umukobwa wemewe n’amategeko […]
U Bushinwa nâu Burusiya byitambitse umugambi wa Loni wo gukaza ibihano kuri Koreya ya Ruguru
U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wo gukaza ibihano byâUmuryango w’Abibumbye kuri Koreya ya Ruguru nyuma yâigerageza ritandukanye rya misile yakoze muri uyu mwaka, akaba ari ubwa mbere ibihugu bitanu bifite veto muri Loni binyuranyije ku bihano bireba Pyongyang kuva mu 2006. Ibindi bihugu 13 bigize akanama kâumutekano ka Loni byose byari byatoye bishyigikira icyemezo […]
Umunyarwanda yagizwe umuyobozi nshingwabikorwa muri Banki Nyafurika itsura Amajyambere
Jonathan Nzayikorera, impuguke mu by’ubukungu yâUmunyarwanda yatowe n’Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) nk’umuyobozi mushya nshingwabikorwa wa banki, uhagarariye intara icyenda zo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane na Minisitiri wâimari nâigenamigambi, Uzziel Ndagijimana. Mbere yo gushyirwaho, Nzayikorera yari Umujyanama mukuru wâumuyobozi mukuru wâakarere ka Afurika yâiburasirazuba muri AfDB, umwanya […]
RDC: Abasirikare 8 ba FARDC barimo umukoloneli barashinjwa kwica Umushinwa
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 25 Gicurasi 2022, umukoloneri mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) nâabandi basirikare 7 batawe muri yombi na bagenzi babo, bashyikirijwe Guverineri wa Ituri. Barashinjwa kuba barishe Umushinwa nâumurinzi we wâUmunyekongo ku ya 18 Werurwe i Labo, hafi yâakarere ka Nderembi gaherereye mu nkengero zâiburengerazuba bwâumujyi wa […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye umunyerondo wishe mugenzi we bari ku irondo
Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu ruherutse gusoma urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho uwitwa Mugiraneza Jean DamascĂšne icyaha cyâubwicanyi, yakoreye mu Karere ka Nyabihu , Umurenge wa Jenda, Akagari ka Rega mu Mudugudu wa Kajebenshi ubwo yicaga uwitwa Hitimana Alphonse alias KANA mu ijoro ryo ku wa 9/4/2022, amuteye icyuma ku mutima agahita apfa. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ishobora kongera kuba isibaniro ryâibihugu byo mu karere – ICG
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ishobora kongera kuba isibaniro ryâibihugu byo mu karere nkâuko byatangajwe nâIkigo International Crisis Group (ICG) muri raporo yacyo. Iyi raporo yashyizwe ahagargara mu gihe imirwano ikomeje guca ibintu mu nkengero zâUmujyi wa Goma mu bice bya Bunagana, Rutshuru na Rumangabo, aho bivugwa ko ikigo cya gisirikare cyaho cyari kigaruriwe […]
Kenya: Visi Perezida Ruto yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Uhuru Kenyatta
Visi Perezida wa Kenya, William Kipchirchir Samoei Ruto, yinginze Perezida Uhuru Kenyatta ngo amubabarire niba atarageze ku byo yari yitezweho mu gihe cy’imyaka icumi bayoboranye igihugu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 26 Gicurasi, mu masengesho yo gusengera igihugu yabereye muri Safari Park Hotel i Nairobi, visi perezida yemeye ko ashobora kuba yarashwanye nâumukuru wâigihugu, […]
Senegal: Inkongi yâumuriro mu bitaro yahitanye impinja 11
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Gicurasi, impinja 11 zapfuye zizize inkongi y’umuriro yadutse mu bitaro bya Tivaouane, ibyago ngo byerekana amakosa akomeye ya sisitemu y’ubuzima ya Senegal. Minisitiri wâubuzima Abdoulaye Diouf Sarr yavuze ko inkongi yâumuriro yatewe nâamashanyarazi mu gice cyâabana bakivuka mu Bitaro bya Abdoul Aziz Sy Dabakh. Yagize ati: Igice gifite ubushobozi […]
L’ancienne Miss Rwanda libĂ©rĂ©e sous caution
Le tribunal primaire de Kicukiro a accordĂ© le mercredi 25 mai une libĂ©ration sous caution Ă Elsa Iradukunda, Miss Rwanda 2017, aprĂšs que le parquet a retirĂ© leur dossier de dĂ©tention provisoire. Iradukunda est accusĂ© de diverses accusations, notamment d’avoir influencĂ© des assistants d’organes judiciaires, d’avoir fait de faux tĂ©moignages ainsi que d’avoir utilisĂ© de […]
M23 iravugwaho kwigarurira uduce twinshi mu gihe ishaka no gufata ikigo cya gisirikare cya Rumangabo
Amakuru yatangajwe kuri twitter na Kivu Morning Post aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, saa kumi nâebyiri imirwano yakomeje hagati ya FARDC na M23, ndetse urusaku rwâimbunda ziremereye nâizoroheje rwumvikanye mu Kigo cya gisirikare cya Rumangabo, kimwe mu byâingenzi bya FARDC mu burasirazuba bwâigihugu. Amakuru akaba avuga ko kuri uyu wa Gatatu […]
RDC: Ihuriro VICI-RDC rirasaba leta kwirukana Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa
Ihuriro ryâAbenegihugu, Vigilance Citoyenne, âryishimiye intambwe igaragara yatewe nâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu kurwanya inyeshyamba za M23 rivuga ko zishyigikiwe nâu Rwanda mu mirwano ibera i Nyiragongo na Rutshuruâ, risaba ko Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, yahambirizwa. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryabonwe na ACTU7.CD, dukesha iyi nkuru, kuri uyu wa […]
Kigali: Polisi yataye muri yombi agatsiko k’abahinduraga numero ziranga telephone zibwe
Polisi yâu Rwanda mu Mujyi wa Kigali, ku wa mbere tariki ya 23 Gicurasi, yafashe abantu 12 bahinduraga nimero ziranga amatelefone yibwe zizwi nka IMEI cyangwa Serial number zigizwe nâimibare 15, ari nayo yifashishwa mu kuzikurikirana iyo zibwe kugira ngo zifatwe. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko […]
Protais Mpiranya yatumye Zimbabwe ishaka koherereza Ethiopia umunyagitugu Mengistu
Nyuma yâivumburwa ryâurupfu, kuva mu 2006, rwâuwari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, Protais Mpiranya, mu minsi mike ishize, ikibazo cyâabacitse ubutabera bihishe ku butaka bwa Zimbabwe giteye impungenge. Ku rwego rwa mbere, ni ikibazo cyâuwahoze ari umuyobozi wa Ethiopia, Mengistu Haile Mariam, Zimbabwe yaba yiteguye kohereza mu gihe yasabwa nâigihugu cye. Kuva mu 1991, […]
Chakwera et Kagame conviennent de stimuler le commerce entre le Rwanda et le Malawi
Le prĂ©sident du Malawi, Lazarus Chakwera, a rencontrĂ© hier le prĂ©sident du Rwanda, Paul Kagame, et les deux dirigeants ont convenu de travailler ensemble pour stimuler le commerce entre leurs deux pays. Les deux dirigeants se sont rencontrĂ©s au Forum Ă©conomique mondial aprĂšs avoir coprĂ©sidĂ© un petit-dĂ©jeuner visant Ă engager les acteurs du secteur privĂ© […]
Abavumbuzi 10 bâAbirabura utigeze umenya n’ubuvumbuzi bwabo

Kuva muri Misiri ya kera kugeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abantu bo muri Diaspora nyafurika bagiye bavumbura ibintu bishya bigezweho kandi bifitiye Isi akamaro. Nubwo tumenyereye ibihangano bya C.J. Walker na George Washington Carver, hariho ibintu byinshi byavumbuwe nâAbirabura bitamenywe na benshi. Ni muri urwo rwego twabateguriye urutonde rwâabavumbuzi icumi bâAbirabura batazwi cyane […]
U Rwanda na Malawi byiyemeje kurushaho kuzamura ubucuruzi hagati yabyo
Kuri uyu wa Kabiri ushize, Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera, yahuye na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, maze abayobozi bombi bemeranya gukorera hamwe mu kuzamura ubucuruzi hagati y’ibihugu byabo byombi. Aba bayobozi bombi bahuriye mu nama ya World Economic Forum nyuma yâaho bombi bafatanije kuyobora inama ya mu gitondo igamije kuganira nâabikorera baturutse hirya no […]
Umuyobozi wa BAD arizeza ko Afurika itazahura nâikibazo cyâibiribwa
Afurika ntizigera ihura nâikibazo cyâibiribwa, nkâuko umuyobozi wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere, Akinwumi Adesina, yabyijeje ku wa Mbere i Accra, muri Ghana. Mu kiganiro nâitangazamakuru mu rwego rwâinama ngarukamwaka za BAD, Adesina yagize ati: “Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) yashyizeho gahunda yo guhangana n’ikibazo cy’ibiribwa muri Afurika, abantu bose bakeka ko kizaba byanze bikunze”. Yasobanuye […]
Abimukira 76 baburiwe irengero nyuma yâimpanuka yâubwato mu mazi ya Tunisia
Abantu 76 baburiwe irengero nyuma yâaho ubwato bwari burimo abimukira burohamiye hafi ya Tnisia kuri uyu wa Gatatu nkâuko byatangajwe nâUmuryango Mpuzamahanga wita ku Bimukira. Uyu muryango uvuga ko abantu 24 batabawe bakuwe mu bwato bwari bwahagurukiye ku nkombe za Zawara muri Libya bukarohama ku nkombe za Sfax, umujyi wo muri Tunisia. Ikinyamakuru The Jerusalem […]
U Buholandi: U Rwanda ruratanga icyifuzo gishya cyo kohererezwa Major Karangwa
Guverinoma y’u Rwanda igiye gutanga icyifuzo gishya cyo kohererezwa Maj. Pierre-Claver Karangwa wafatiwe mu Buholandi mu ntangiriro z’uku kwezi ukuriiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Karangwa wahoze ari umusirikare mu butegetsi bwakoze jenoside, bivugwa ko ari umwe mu bagize uruhare runini mu iyicwa ryâibihumbi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yatawe muri […]
Indege zâintambara zâu Bushinwa nâu Burusiya hafi yâu Buyapani mu gihe Biden yari i Tokyo

Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri wâingabo wâu Buyapani, Nobuo Kishi, yavuze ko indege zâintambara zâAbashinwa nâAbarusiya zahagurukiye hamwe hafi yâu Buyapani, akomeza avuga ko Tokyo yamaganye ku mugaragaro Beijing na Moscou yerekana ko ifite impungenge zikomeye. Izi ndege zâu Bushinwa nâu Burusiya zahuriranye nâumunsi i Tokyo haberaga inama, yanitabiriwe na Perezida Joe Biden, yâihuriro âQuadâ […]
Bunagana: Ubuzima bwatangiye kugaruka nyuma yâimirwano ikaze hagati ya FARDC na M23
Ubuzima bwatangiye kugaruka kuri uyu wa Kabiri, itariki 24 Gicurasi 2022, i Bunagana muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu yâAmajyaruguru). Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza, abaturage bahunze imirwano iheruka kuba hagati yâingabo za Congo (FARDC) nâumutwe wa M23 mu majyepfo ya Bunagana batangiye guhunguka buhoro buhoro. Ariko kugeza ubu, impungenge ziracyari mu majyepfo yâiburasirazuba […]
Amafoto: Menya Imiterere yâamapeti atangwa mu Gisirikare cya Kenya (KDF)

Ipeti ryo hasi muri ba ofisiye bâIgisirikare cya Kenya ni Second Lieutenant (2Lt) ugeraho ukirangiza amasomo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya (Kenya Military Academy), mu gihe ipeti ryo hejuru ari irya Jenerali (w’inyenyeri enye). Kenya ariko ifite ofisiye umwe wâipeti rya Jenerali wâinyenyeri enye ari nawe mugaba mukuru wâingabo nk’uko tubikesha Minisiteri y’Ingabo […]
U Bushinwa bwabwiye Amerika ko irimo gukina nâumuriro
U Bushinwa bwabwiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere ushize ko zirimo gukina nâumuriro kandi ko amaherezo ari zo uzatwika. Ni nyuma yâaho Perezida Joe Biden yongeye gushimangira ko U Bushinwa nibutera Taiwan igihugu cye kizahita cyinjira mu ntambara gutabara iki kirwa. Umuvugizi wâIbiro byâububanyi nâamahanga byâu Bushinwa bishinzwe Taiwan, Zhu Fenglian, […]
Ukraine: Urukiko rwategetse ifatwa ry’uwahoze ari perezida kubera ubugambanyi
Kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, urukiko rwo muri Ukraine rwategetse ko hafatwa uwahoze ari Perezida Viktor Yanukovych adahari, rumushinja ubugambanyi kubera amasezerano yasinyanye mu mwaka wa 2010 nâu Burusiya yo gukomeza gufatira amato ya Ukraine muri CrimĂ©e. Aya masezerano azwi cyane muri Ukraine nkâAmasezerano ya Kharkiv, yemereye u Burusiya kugumana amato yo mu […]
Maroc ishyigikiye kandidatire rukumbi ya Mushikiwabo ngo azakomeze kuvugurura OIF

Ubwami bwa Maroc bwatanze igitekerezo cyâuko hatazagira undi muntu uhatana nâUmunyamabanga Mukuru wa La Francophonie uriho ubu, Louise Mushikiwabo, mu yindi manda kugirango azabashe gukomeza amavugurura yatangije mu muryango, nkâuko byemejwe kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, na Minisitiri wâububanyi nâamahanga, Ubufatanye bwâAbanyafurika nâAbanya-Maroc baba mu mahanga, Nasser Bourita. Ubu ni bwo buryo bwumvikana […]
Kagame à Davos pour le Forum économique mondial

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© dans la ville suisse de Davos oĂč il rejoint plus de 50 chefs d’Ătat pour la rĂ©union annuelle du Forum Ă©conomique mondial. RĂ©unissant plus de 2000 dirigeants et experts aprĂšs deux ans sans Ă©vĂ©nements en personne, le forum est centrĂ© sur le thĂšme “L’histoire Ă un tournant : politiques […]
Abanya-Ukraine binjira mu Bwongereza binyuranije nâamategeko nabo bashobora kwisanga mu Rwanda
Mu gihe intambara yâu Burusiya ikomeje muri Ukraine, impunzi zo muri Ukraine zikomeje kwinjira mu Bwongereza ku bwinshi kuko hariyo umubare munini wâabaturage ba Ukraine bahaba, gusa biravugwa ko abadafite ibyangombwa bashobora kugongwa nâicyemezo cyo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye mu Bwongereza binyuranyije nâamategeko. Guverinoma yâu Bwongereza yagiranye amasezerano nâu Rwanda yo kuhohereza abantu bose […]
Umudipolomate wâinararibonye wâu Burusiya yeguye kubera intambara yo muri Ukraine
Umudipolomate wâinararibonye wâu Burusiya wakoreraga ku biro byâUmuryango wâAbibumbye i Geneve yatanze ubwegure bwe kandi yoherereza itangazo bagenzi be bâabanyamahanga banegura âintambara yâubugizi bwa nabiâ yashojwe na Perezida Vladimir Putin muri Ukraine. Boris Bondarev wakoraga nk’umujyanama mu butumwa buhoraho bw’u Burusiya muri Loni i Geneve, yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters ati: âNagiye mu butumwa nk’abandi ku […]
RDC: Imirwano hagati ya FARDC na M23 yakomeje gufata intera muri Jomba
Imirwano imaze iminsi ibiri hagati yâingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), zishyigikiwe na MONUSCO ndetse nâinyeshyamba za M23 iragenda ifata intera muri Gurupoma ya Jomba, muri Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru). Nyuma yâimirwano ikaze ku cyumweru, itariki ya 22 Gicurasi, humvikanye urusaku rwâintwaro ziremereye kandi zoroheje kuri uyu wa Mbere, itariki 23 Gicurasi, […]
Havumbuwe ko Mozambique yari ifite abasirikare 7,000 ba baringa kandi bahembwa
Ikinyamakuru Carta de Moçambique cyavumbuye ko Mozambique yari ifite abasirikare bagera mu 7,000 ba baringa, mu gisirikare gihembwa nabi, gifite imyitozo idahagije, bigaragaza impamvu igihugu cyitabaje amahanga ngo agifashe guhangana nâibyihebe. Iki kinyamakuru cyamenye ko imishahara yâaba basirikare ba baringa yajyaga mu mifuka ya bamwe mu basirikare bakuru, kandi ko hari umubare uzamuka wâabana bâabahoze […]
Biden, Zuckerberg na Morgan Freeman bakumiriwe ku butaka bwâu Burusiya Trump ahabwa ikaze
U Burusiya bwakumiriye burundu ku butaka bwabwo abanyapolitiki b’Abanyamerika, ibyamamare n’abayobozi barenga 900, barimo Perezida Joe Biden, Visi Perezida Kamala Harris, Umuyobozi mukuru wa Meta, Mark Zuckerberg n’umukinnyi wa filime, Morgan Freeman, ariko buha ikaze Donald Trump. Ku wa Gatandatu, nibwo Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya yatangaje ikumira ryâaba bantu mu rwego rwo gusubiza ibihano […]
Ukraine yakatiye umusirikare wa mbere wâu Burusiya kubera ibyaha byâintambara
Kuri uyu wa Mbere, urukiko rwo muri Ukraine rwakatiye umusirikare wâu Burusiya igifungo cya burundu azira kwica umusivili udafite intwaro mu rubanza rwa mbere rwâibyaha byâintambara byaturutse ku gitero cyâu Burusiya. Ku ya 28 Gashyantare, Vadim Shishimarin, umusirikare ukoresha igifaru w’imyaka 21, yemeye icyaha cyo kwica Oleksandr Shelipov w’imyaka 62 y’amavuko mu mudugudu wa Chupakhivka […]
Uganda: Depite Adeke nâabandi bantu bane bafatiwe na polisi ku rugo rwa Besigye
Umudepite wâumugore uhagarariye Soroti mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anna Adeke hamwe nâabandi bantu bane batawe muri yombi nyuma yo guhangana nâabapolisi mu mujyi wa Kasangati mu karere ka Wakiso ubwo bageragezaga kwerekeza mu rugo rwâuwahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida, Dr Kizza Besigye. Uyu mudepite yavuze ko yamenyeshejwe ibijyanye n’ifatwa rya Dr […]
Gakenke: Gitifu arashinjwa kwigira umupolisi akaka abamotari ibyangombwa akabaca nâamande
Bamwe mu bamotari bakorera mu Murenge wa Muhondo, mu Karere ka Gakenke, mu Ntara yâAmajyaruguru, barashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâuyu murenge, Gasasa Evergiste, kuba yarigize umupolisi akajya abaca amande, akabaka ibyangombwa uwanze agatwara moto ye. Umwe mu bamotari wavuganye na BTN yasobanuye ibibazo bafitanye nâuyu muyobozi. Ati âNuko gitifu aduhagarika akatwaka ibyangombwa. AkadutangiraâŠwenda kutubaza ibya covid […]
Le directeur gĂ©nĂ©ral adjoint de RGB arrĂȘtĂ© pour escroquerie, faux documents
Le Bureau d’enquĂȘte rwandais (RIB) a arrĂȘtĂ© le Dr Emmanuel Nibishaka, directeur gĂ©nĂ©ral adjoint du Conseil de gouvernance du Rwanda (RGB) pour fraude et utilisation de faux documents. Nibishaka est actuellement dĂ©tenu Ă la station RIB de Remera alors que son dossier est en cours de constitution en vue de poursuites. Thierry Murangira, porte-parole de […]
Perezida Macky Sall wa Senegal aritegura gusura u Burusiya na Ukraine
Perezida wa Senegal, Macky Sall, kuri iki Cyumweru yatangaje ko azajya mu Burusiya na Ukraine vuba aha mu izina ryâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ayoboye muri uyu mwaka. Uruzinduko rwe rwari ruteganyijwe ku itariki ya 18 Gicurasi ariko rusubikwa ku mpamvu zâimitegurire mbere yo kwegezwa inyuma nkâuko Perezida Sall yabitangaje mu kiganiro nâitangazamakuru yahuriyemo na […]
Huye: Urukiko rwakatiye umugabo wishe umugore azira umwana yari atwite
Mu mpera zâicyumweru gishize ku gicamunsi cyâitariki ya 20 Gicurasi 2020, Urukiko Rwisumbuye rwa Huye ruri Kigoma mu karere ka Huye ahabereye icyaha, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Havugiyaremye Vianney wâimyaka 40 icyaha cyo kwica umugore amukubise ifuni, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. Nâubwo uregwa yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo […]
RDC: Uwahoze ari minisitiri wâingabo, AimĂ© Ngoy Mukena, ntakiri ku Isi yâabazima
Uwahoze ari Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, AimĂ© Ngoy Mukena, ndetse wigeze kuba na Guverineri wa Katanga yapfuye yishwe nâindwara nkâuko byatangajwe ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, itariki 22 Gicurasi 2022. Amakuru atandukanye atangazwa nâibinyamakuru byo muri Congo aravuga ko Ngoy Mukena yapfiriye I Lubumbashi kuri iki Cyumweru nyuma yâiminsi micye […]
Urubanza rwa Bucyibaruta: Humviswe ukuriye iperereza ku byaha byibasira inyoko muntu
Ku munsi wa 9 wâurubanza rwa Bucyibaruta Laurent rubera i Paris mu Bufaransa, urukiko rwakiriye Gen Jean Philippe Reiland, ukuriye iperereza ku byaha byibasira inyoko muntu. Avuga ko bafite amadosiye agera kuri 30 y’abakekwaho Jenoside, ku bya Bucyibaruta bageze mu Rwanda incuro 7, bavugana nâabarenga ijana. Uru rwego ayoboye rwitwa OCLCH (Office Central de Lutte […]
U Burusiya buravuga ko bwasenye ububiko bwa misile uburengerazuba buherutse guha Ukraine
Kuva kuri uyu wa Gatandatu, u Burusiya bwakomeje kurasa mu burasirazuba bwa Ukraine kandi buvuga ko bwasenye bubiko bwa missiles de croisiĂšre zatanzwe n’Uburengerazuba, mu gihe Perezida wa Amerika Joe Biden yashyiraga umukono ku itegeko riteganya guha Ukaine inkunga nshya ingana na miliyari 40 z’amadolari. Nkâuko byatangajwe na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, icyiciro cy’intambara […]
Gakenke/Coko: Abaturage bavuga ko bamara amasaha mu nzira bajya gushaka amazi meza barasaba ubufasha

Abaturage ba kimwe mu byaro byo mu Murenge wa Coko, mu Karere ka Gakenke, bavuga ko hari igihe bamara iminsi myinshi batikozaho amazi kubera ukuntu aho bavoma ari kure cyane bakoresha amasaha agera kuri abiri kuhagera. Umwe mu baturage wavuganye na Bwiza.com yagize ati âIkibazo cyâamazi kuturemerera, kuyabona kwacu bisaba kuyakura hasi hariya mu misozi..kumanuka […]
1/4 cyâIsi kizibasirwa nâinzara intambara yo muri Ukraine nikomeza â Umutegetsi wo mu Burayi

Perezida wa Serbia, Aleksandar Vucic, ubwo yavugaga mu imurikagurisha mpuzamahanga rya 89 ryâubuhinzi ryabereye i Novi Sad kuri uyu wa wa Gatandatu ushize, yavuze ko hafi kimwe cya kane cyâabatuye Isi bashobora kubura ibyo kurya mu gihe intambara yo muri Ukraine yaba ikomeje igihe kirekire. Mu ijambo rye, Vucic yagize ati: “Niba ntagihindutse mu ntambara […]
Igihugu cya Benin kirateganya gukura ingabo zacyo muri MINUSMA
Abategetsi ba BĂ©nin batangaje ku wa Gatandatu, ko ingabo zabo zagiye mu butumwa bwa Loni muri Mali zigiye gucyurwa buhoro buhoro. Kubera iki? Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Benin, AurĂ©lien AgbĂ©nonci, yatangaje ko igihugu cye kizakura abasirikare bacyo 390 bakorera muri MINUSMA. Mu ibaruwa Cotonou yandikiye Ubunyamabanga Bukuru bwâUmuryango wâAbibumbye, yerekanye amatariki yo kuvana ingabo zabo […]
Gasabo: Umugore arashinjwa gutwika umugabo we akoresheje isombe
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwakiriye dosiye iregwamo umugore watwitse umugabo we batasezeranye amumenyeho isombe ishyushye yaratetse amuziza yâuko ngo yagiye kuguza amafaranga batabyumvikanyeho. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko uyu mugore yabajijwe akemera icyaha akanagisabira imbabazi avuga ko yabikoze abitewe nâumujinya. Hagati aho, iyi dosiye iracyategurwa mbere yo gushyikirizwa urukiko. Icyaha cyo […]
U Burusiya bwakupiye gaz Finlande iherutse gusaba kwinjira muri NATO
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 21 Gicurasi, igihangange cyâingufu zâu Burusiya, Gazprom, cyatangaje ko cyahagaritse kohereza gaz muri Finlande nyuma yâuko Helsinki yanze kwishyura mu mafaranga akoreshwa mu Burusiya (Rubles). Isosiyete y’ingufu ya Leta ya Finlande, Gasum, ntabwo yemeye amabwiriza yashyizweho na Moscou yâigihe ntarengwa cyâitariki ya 20 Gicurasi, bituma Gazprom “ihagarika burundu itangwa rya […]
FARDC irashinja M23 kurenga ku ihagarikwa ryâimirwano
Kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 20 Gicurasi, umuvugizi wâibikorwa bya gisirikare bya Sokola 2, Lt. Col. Guillaume Njike yashinje umutwe wa M23 kuba yararenze ku ihagarikwa ryâimirwano muri Kivu y’Amajyaruguru. Abakuru b’ibihugu bya Congo na Kenya bari bahamagariye imitwe yitwaje intwaro mu Ntara ya Ituri na Kivu zombi gushyira intwaro hasi, nyuma y’inama zabereye […]
U Burusiya bugiye kubaka ibirindiro bya gisirikare 12 mu rwego rwo gusubiza Finlande na Suede
U Burusiya burateganya gushinga ibirindiro 12 bya gisirikare mu burengerazuba bwâigihugu mu rwego rwo gusubiza Suede na Finlande bisaba kuba NATO. Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri wâingabo wâu Burusiya, Serge Shoigu yabitangaje, avuga ko ibirindiro bishya bizaba byubatswe mu “mpera zâumwaka”. Yavuze ko “ibirindiro 12 bya gisirikare bizoherezwa mu Karere ka Gisirikare ko mu Burengerazuba”, […]
Bimwe mu bihugu ku Isi bitaremerwa nâUmuryango wâAbibumbye n’icyabiteye
Loni ivuga ko âkwemera leta cyangwa guverinoma nshya ari igikorwa ibindi bihugu na guverinoma byonyine bishobora gukora. Kandi, ibihugu bimwe na bimwe ntibiremerwa ku mugaragaro ku Isi. Hano twabatoranyirije ibihugu bimwe bitari byaba abanyamuryango ba Loni. Ubundi se igihugu ni iki? Ntibyoroshye gusubiza iki kibazo gisa nkâicyoroshye. Kubera ko igitekerezo cyâigihugu kidasobanutse. Iyo ushakishije igisobanuro […]
Urubanza rwa Bucyibaruta: Umutangabuhamya ufunzwe yahakanye ibyo yavuze mu 2012, ngo yabikoze ku gahato
Ku munsi wa 8 wâurubanza rwa Bucyibaruta rubera I Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya ufungiye muri gereza ya Nyanza. Mu buhamya bwe ntahuza nâibyo yavuze mu 2012, agasobanura ko yabivugishijwe nâimpamvu zâumutekano we muri gereza. Uyu mutangabuhamya BAKUNDUKIZE Innocent wâimyaka 67. Yabaye Burugumesitiri wa Komini Mubuga ku Gikongoro incuro ebyiri, kuko yabanje kuyobora iyi Komini […]
50 demandeurs d’asile britanniques attendus au Rwanda d’ici fin mai
Le Rwanda s’attend Ă ce que le premier groupe de 50 demandeurs d’asile soit transfĂ©rĂ© du Royaume-Uni d’ici la fin mai, a dĂ©clarĂ© jeudi un porte-parole du gouvernement. En avril, le gouvernement britannique a annoncĂ© son intention d’envoyer des demandeurs d’asile dans ce pays d’Afrique de l’Est, mais plus tĂŽt ce mois-ci, il a dĂ©clarĂ© […]
Imodoka ya Benz yakozwe mu 1955 yabaye imodoka ya mbere ihenze ku Isi na miliyari hafi 150 Frw

Imodoka ya Mercedes-Benz yo mu 1955, 300 SLR Uhlenhaut, yabaye imodoka ya mbere ihenze ku Isi nyuma yo kugurwa mu cyamunara nâumuntu ukusanya ibintu bya kera, indi modoka nkâiyi ikaba izaguma mu nzu ndangamurage wâimodoka ya Mercedes. Mercede-Benz yatangaje ko yagurishije iyi modoka ku muntu wigenga ku kayabo ka miliyoni 143 zâAmadolari ( Hafi miliyari […]
RDC: Joseph Kabila na Moise Katumbi baba bari mu nzira zo kwiyunga?

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko Joseph Kabila wahoze ari umkuru wâigihugu, nâumunyapolitiki Moise Katumbi, bahoze ari inshuti magara mbere yo gutandukana kubera kutumvikana ku ngingo zimwe na zimwe, bishoboka ko bashobora kongera kwiyunga nkâuko byemejwe nâumwe mu begereye Kabila. “Ntabwo bizaba bitangaje kubona Joseph Kabila na MoĂŻse Katumbi biyunga. Ni […]
Ubukemurampaka (ADR) igisubizo ku bibazo byâidindira ryâimanza, gutakaza amafaranga, umwanya nâimibanire myiza
Uburyo bwo gukemura amakimbirane bitabaye ngombwa ko abayafitanye bajya mu nkiko (Alternative Dispute Resolution), ahubwo bakitabaza ubuhuza cyangwa ubukemurampaka ni bumwe mu buryo butanga igisubizo kirambye ndetse Abanyarwanda bashishikarizwa kuyoboka kurusha uko bitabira imanza mu nkiko. Ubu buryo bwo gukemura amakimbirane butuma akemurwa mu buryo bwihuse, bikabera aho ariho hose, kandi bwemerera ababuranyi kubona inyandiko […]
Finlande ntizemera ko NATO yohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa ishyira ibirindiro ku butaka bwayo
Minisitiri wâintebe Sanna Marin wa Finlande yavuze ko igihugu cye kitemera ko NATO yakohereza intwaro za kirimbuzi cyangwa gushinga ibirindiro bya gisirikare ku butaka bwayo kabone nâiyo yakwemererwa kwinjira muri ubwo bufatanye. Marin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Butaliyani Corriere della Sera mu kiganiro cyasohotse kuri uyu wa Kane avuga ko ibikorwa nk’ibi bitari mu mishyikirano […]
Indwara isa nkâubushita yari imenyerewe muri Afurika yageze no mu Burayi na Amerika
Ishami rishinzwe ubuzima rusange rya Massachusetts muri Amerika kuri uyu wa Gatatu ryatangaje ko hatahuwe virusi itera indwara imeze nkâubushita ku mugabo uherutse kujya muri Canada. Ikigo cyo muri Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) ku gicamunsi cyo ku wa gatatu cyatangaje ko laboratoire zayo zemeje ko iyi ndwara ari âmonkeypoxâ. Ikigo cya Leta […]