Le tribunal a confirmé la peine de 25 ans de prison pour Paul Rusesabagina
Un tribunal rwandais de la capitale Kigali a confirmĂ© lundi la peine de 25 ans de prison de Paul Rusesabagina, un ancien hĂŽtelier prĂ©sentĂ© comme un hĂ©ros dans un film intitulĂ© “Hotel Rwanda”. Rusesabagina, 67 ans, a Ă©tĂ© reconnu coupable en septembre dernier de huit chefs d’accusation liĂ©s Ă des actes de terrorisme commis par […]
Bujumbura: Umupasiteri wayoboraga EUSEBU yishwe arashwe mugenzi we arakomereka
Umupasiteri wo mu gihugu cyâu Burundi yiciwe hafi yâiwe mu majyepfo ya Bujumbura arashwe nâabantu bitwaje intwaro bahise baburirwa irengero kuri ubu bakaba bari gushakishwa nâigipolisi. Uyu ni Pasteur Jean Gordien Niyungeko, Umuyobozi Mukuru wa Ă©glise pour lâunitĂ© du Saint-Esprit (EUSEBU), wishwe nâamasasu mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru gishize, ubwo yari ageze […]
Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en Zambie pour une visite d’Ătat de deux jours

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© Ă Livingstone, en Zambie, pour une visite d’Ătat de deux jours. Kagame a Ă©tĂ© reçu Ă son arrivĂ©e par le prĂ©sident hĂŽte Hakainde Hichilema Ă l’aĂ©roport international Harry Mwaanga Nkumbula. Les deux chefs d’Etat devraient avoir un tĂȘte-Ă -tĂȘte suivi d’une rencontre bilatĂ©rale aux cĂŽtĂ©s des dĂ©lĂ©gations respectives. Suite aux […]
Abantu 10 bazwi biteje imbere bakaba batunze akayabo batarize kaminuza

Ubusanzwe bizwi ko iyo ugiye muri kaminuza ukabona lisance cyangwa indi mpamyabumenyi yisumbuyeho uba uharuye inzira yo kubaho neza cyangwa ugakorera amafaranga menshi, ariko ibi bisa nkâibitarakurikijwe ku bantu batari bacye bazwi kuri ubu bâabaherwe. Nkâurugero, Wealth-X mu 2016 yavumbuye ko kimwe cya gatatu cyâabantu batunze akayabo ku Isi batigeze babona nâimpamyabumenyi yâicyiciro cya kabiri […]
M23 yagaragaje ubushobozi bucye bwâingabo muri Kivu yâAmajyaruguru ubuyobozi burasimburwa
Minisitiri wâingabo wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Gilbert Kabanda, mu nama yâabaminisitiri yagaragaje ubushobozi bucye mu buyobozi bwâingabo mu karere kâibikorwa ka Kivu yâAmajyaruguru igihe cyâibitero bya M23 ku birindiro bya FARDC, kubwâibyo atangaza ko ubu buyobozi bwâingabo busimbuwe. Yavuze ko ibishoboka byose byoherejwe, igice kimwe kugirango bifashe kurangiza ibikorwa byâimitwe yitwaje intwaro irimo […]
Uwahoze ari umushinjacyaha mukuru w’Urukiko rwashyiriweho u Rwanda arifuza ko Putin afatwa
Carla Del Ponte wahoze ari Umushinjacyaha Mukuru wâInkiko mpuzamahanga mpanabyaha zashyiriweho u Rwanda nâicyahoze ari Yougoslavia, yasabye ko hasohorwa impapuro mpuzamhanga zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya. âPutin ni umunyabyaha byâintambara,â uyu ni Carla Del Ponte avugana nâikinyamakuru Le Temps cyo mu Busuwisi mu kiganiro cyagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu. Muri […]
RDC: Abofisiye 2 ba FARDC bayoboraga regiments mu biciwe mu mirwano yabahuje na M23
Mu nama ya 47 yâakanama kâabaminisitiri yari iyobowe na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Gatanu, itariki ya 01 Mata 2022, minisitiri wâingabo yagarutse ku mibare yâabaguye mu mirwano yahuje FARDC na M23 kuwa 27 na 28 Werurwe 2022 mu duce tubiri two muri Rutshuru, muri Kivu yâAmajyaruguru. Nkâuko byamenyeshejwe abari muri iyi […]
Umwana uvukanye Autisme ubu azajya ahita amenyekana kubera ikoranabuhanga rishya
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 02 Mata, ku Munsi Mpuzamahanga wahariwe kuzirikana kuri autisme, hamuritswe ikoranabuhanga (application) rizajya rikoreshwa muri telefone rigafasha kumenya niba umwana afite autisme nyuma yo kuvuka. Ni igikorwa cyateguwe hagamijwe kuganira ku ntambwe imaze guterwa mu gushaka ibisubizo byatuma imibereho y’abana bafite autisme irushaho kuba myiza. Indwara ya Autisme (ASD) ni […]
Sierra Leone iyoboye ibihugu 10 bifite abaturage bâAbanyabwenge muri Afurika
Umugabane wa Afurika ni wo wa kabiri munini ku Isi ukaba nâuwa kabiri utuwe cyane nyuma ya Aziya. Nyamara imyaka nâimyaka irashize uyu mugabane ari wo uherekeza iyindi mu iterambere mu nzego hafi ya zose uhereye mu burezi, ibikorwaremezo, imiyoborere, urutonde ni rurerure. Ariko kugirango wumve uyu mugabane umuntu akeneye kureba ku bihugu byo muri […]
Rwanda: Les services de laboratoire médico-légal vont passer au numérique
Le Rwanda Forensic Laboratory (RFL) a dĂ©ployĂ© un portail pilote en ligne qui vise Ă accĂ©lĂ©rer l’analyse et la diffusion des rĂ©sultats. Le dĂ©veloppement signifie que les 12 laboratoires mĂ©dico-lĂ©gaux du pays sont dĂ©sormais interconnectĂ©s en un seul systĂšme, ce qui permet aux clients de recevoir plus facilement leurs feuilles de rĂ©sultats de laboratoire, quel […]
Itsinda ryo muri Cote d’Ivoire ryasuye Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu
Kuri uyu wa Kane tariki ya 31, Werurwe, itsinda ryaturutse muri Cote D’Ivoire rigizwe n’abapolisi n’abandi baturutse mu nzego zitandukanye riyobowe na Traore Wodjo Fini, umujyanama wa Minisitiri w’umutekano ryasuye ibikorwa bitandukanye bya Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu. Iri tsinda ryakiriwe n’umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba Assistant Commissioner of Police (ACP) […]
Ikigo cy’iterambere cy’u Bufaransa cyongeye gufungura ibiro mu Rwanda nyuma y’imyaka hafi 30
Ikigo cy’Iterambere cy’u Bufaransa (AFD) cyongeye gufungura ibiro mu Rwanda nyuma y’imyaka 28 kubera umubano wâu Bufaransa nâu Rwanda wari warangiritse kubera Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ku wa kane tariki ya 3 Werurwe, Umuyobozi mukuru wa AFD, RĂ©mi Rioux, yafunguye ibiro bishya by’ikigo i Kigali, imbere ya Minisitiri wâu Rwanda ushinzwe igenamigambi ryâubukungu, […]
Kagame appelle Ă l’harmonisation du paysage de la gouvernance des donnĂ©es en Afrique
Le prĂ©sident Kagame a suggĂ©rĂ© trois façons d’exploiter des partenariats solides pour accĂ©lĂ©rer la transformation numĂ©rique en Afrique. Kagame, qui prĂ©sidait le lancement du Centre pour la quatriĂšme rĂ©volution industrielle (C4IR) Ă Kigali jeudi, a dĂ©clarĂ© que l’une de ces façons consiste Ă stimuler l’entrepreneuriat grĂące Ă des investissements accrus dans les bonnes compĂ©tences et […]
Rubavu: Yagiye kwivuza agarutse asanga umugore yarashatse undi mugabo none ubu arasembera

Umugabo Simbizi Faustin wo mu Mudugudu wa Gisa, Akagari ka Gisa, mu Murenge wa Rugerero, ho mu Karere ka Rubavu, avuga ko yarwaye akajya kwivuza yagaruka agasanga umugore we, bivugwa ko yamuroze, yarashatse undi mugabo kuri ubu akaba asembera hirya no hino adafite aho aba. Uyu avuga ko afite ikibazo cyo kuba ubu adafite aho […]
Rutshuru: M23 yasohotse mu biturage bitandukanye yari yigaruriye
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko abarwanyi bâumutwe wa M23 bavuye mu biturage byinshi biri ku muhanda Rutshuru-Centre- Bunagana, muri Kivu yâAmajyaruguru, nyuma yâimirwano yâiminsi ibiri bahanganye nâingabo za leta. Izi nyeshyamba zivugwaho kuba zagiye zisahura aho zanyuze mu biturage bitandukanye, aho babigeragaho bamaze gukangisha abaturage kurasa mu kirere amasasu menshi. […]
Perezida Kais Saied wa Tunisia yasheshe inteko ishinga amategeko
Perezida wa Tunisia, Kais Saied, kuri uyu wa Gatatu yasheshe Inteko Ishinga Amategeko yâigihugu cye nyuma yâamasaha macye bemeje itegeko rikuraho ingingo zo mu bihe bidasanzwe zafashwe na Perezida Saied mu mwaka ushize. Iyi nteko nâubundi yari imaze amezi 12 ihagaritswe, kubera kwanga gutora amwe mu mateka ya perezida nk’uko tubikesha Reuters. Ubwo yagiraga icyo […]
UPDF irigamba kwica inyeshyamba 14 za M23 igatakaza umusirikare umwe
Mu gitero giheruka kugabwa nâinyeshyamba zâumutwe wa M23, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Uganda ivuga ko ingabo zayo zishe inyeshyamba zisaga icumi nayo ikabura umusirikare wayo mu mirwano yabereye hafi yâumupaka wayo na Congo. Umuvugizi w’ingabo za Uganda avuga ko inyeshyamba za M23 ndetse zateye ibisasu ku ruhande rwa Uganda maze amazu […]
Ibihugu bya mbere muri Afurika bitunze amabuye yâagaciro menshi
Umugabane wa Afurika ni umugabane ukungahaye ku mabuye yâagaciro, aho bigira aha hantu hamwe mu hantu hakungahaye ku mutungo kamere ku Isi. Ibi bihugu bya Afurika nibyo bitunze amabuye yâagaciro menshi kurusha ibindi nkâuko tubikesha AfrikMag. Botswana â Diamants Botswana itunze 35% bya diyama yo muri Afurika, inyinshi muri zo zikaba zifite ubuziranenge bw’amabuye y’agaciro, […]
Kenya igiye guteza cyamunara indege 2 za gisirikare

Minisiteri yâIngabo ya Kenya igiye gushyira ku isoko rya cyamunara indege ebyiri za gisirikare itagikoresha iki gihugu cyaguze na Havilland Canada zo mu bwoko bwa DHC-5 Buffalo, ndetse na za moteri, nâibindi byuma byazo byo gusimbura ibishaje. Abashaka kugura bazasabwa kwishyura catalog yâindege ku Mashilingi ya Kenya 1,000 (8.7$), Amashilingi 200,000 asubizwa yo kugura numero […]
Le Rwanda rejette les allĂ©gations d’implication dans les attaques en RD Congo
Le gouverneur de la province occidentale du Rwanda, François Habitegeko, a catĂ©goriquement rĂ©futĂ© mardi « les accusations sans fondement » du porte-parole de la province voisine du Nord-Kivu, en RD Congo. Le gĂ©nĂ©ral Sylvain Ekenge, porte-parole du gouverneur du Nord-Kivu, a accusĂ© les Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) de soutenir les Ă©lĂ©ments armĂ©s qui ont […]
Amb. Karega yatanze ibisobanuro ku bitero bya M23 RDF ishinjwa kugiramo uruhare

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 29 Werurwe, Minisitiri wâintebe wungirije akaba na minisitiri wâububanyi nâamahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yakiriye mu biro bye Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, baganira ku mutekano mu burasirazuba, cyane cyane ibikorwa by’umutwe wa M23. âBinyuze mu biganiro byacu, twijeje Minisitiri wâintebe ko u […]
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, niwe utahiwe kuyobora EAC
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, niwe utahiwe kuyobora Umuryango wa Afurika yâiburasirazuba, asimbura kuri uyu mwanya Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya. Ikinyamakuru The Citizen cyo muri Tanzania dukesha iyi nkuru kivuga ko byari biteganyijwe ko mu nama yâabakuru bâibihugu yo kuri uyu wa Kabiri, itariki 29 Werurwe 2022, ari bwo Perezida Ndayishimiye afata inkoni yâubuyobozi. […]
RDC: Ambasaderi Karega agiye gusabwa ibisobanuro ku ruhare rwa RDF mu bitero bya M23
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yamaganye ibitero bya M23 muri Chanzu na Runyoni, muri Kivu yâAmajyaruguru, ndetse minisitiri ushinzwe itumanaho akaba nâumuvugizi wa guverinoma, Patrick Muyaya Katembwe, atangaza ko Ambasaderi wâu Rwanda i Kinshasa agomba gutumizwa agatanga ibisobanuro nyuma yo gutunga urutoki RDF bayishinja uruhare muri ibi bitero byo ku Cyumweru. Umuvugizi wa […]
Kirehe: Abantu 7 bakurikiranweho kwica umukecuru bamukebye ijosi
Abantu 7 batuye mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Nasho , Akagari ka Ntaruka, bakurikiranyweho icyaha cyo kwica ku bushake umukecuru baregewe Urwego Rwisumbuye rwa Ngoma ku itariki ya 21 Werurwe 2022. Ni icyaha bakekwaho kuba barakoze ku wa 09/03/2022 saa moya z’ijoro mu mudugudu wa Karenge II, akagari ka Ntaruka, mu murenge wa Nasho, […]
Rutshuru: M23 yagabye ibitero bikaze ku birindiro bya FARDC bitandukanye
Imirwano ikaze yahuje abarwanyi bâumutwe wa M23 na FARDC ubwo izi nyeshyamba zateraga ibirindiro byâingabo za leta, hafi yâumupaka wâu Rwanda na Repubulika ya Congo nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Mbere. M23 yaba yigaruriye ibiturage bya Runyoni na Tshanzu. âNdemeza igitero kuva mu ijoro ku birindiro byacu,â uyu ni Muhindo Luanzo, wungirije umuyobozi wâingabo mu […]
L’Ăgypte et le Rwanda conviennent de renforcer leur coopĂ©ration avec les pays du bassin du Nil
Le prĂ©sident Ă©gyptien Abdel Fattah el-Sissi s’est entretenu dimanche avec son homologue rwandais Paul Kagame au palais al-Ittihadiya au Caire. Les deux dirigeants ont discutĂ© des relations bilatĂ©rales et des derniers dĂ©veloppements rĂ©gionaux et ont convenu de l’importance d’engager un dialogue constructif et efficace pour renforcer la coopĂ©ration stratĂ©gique avec les pays du bassin du […]
Birmanie: Umuyobozi wâabahiritse ubutegetsi yiyemeje gusenya abatamushyigikiye bose

Umuyobozi wâingabo zahiritse ubutegetsi muri Birmanie yasezeranyije gusenya abamurwanya bose nyuma yâumwaka urenga igisirikare gihiritse ubutegetsi abaturage bakaba bakomeje kwamagana ababuhiritse birengagije uko igisirikare cyongera imbaraga mu kubaca intege. Uyu muyobozi kuri iki Cyumweru, itariki 27 Werurwe ku Munsi wahariwe Ingabo zâigihugu yasezeranyije gusenya abantu bose barwanya ihirikwa ryâubutegesi. Min Aung Hlaing imbere yâabasirikare 8000 […]
Ukraine: Abasirikare bâu Burusiya bagongesheje igifaru umuyobozi wabo
Abasirikare bâu Burusiya baba baherutse gutera uwari umuyobozi wabo bamunyuze hejuru nâigifaru nyuma yâaho benshi muri bagenzi babo bari bamaze kwicirwa ku rugamba kubera amabwiriza ye, aho bikekwa ko yaba yarapfuye. Umunyamakuru Roman Tsymbaliuk wo muri Ukraine, mu butumwa yanyujije kuri facebook kuwa Gatanu, yavuze ko Col. Yuri Medvedev yishwe nyuma yâimirwano muri Ukraine yasize […]
Kayonza: Yafatanwe ibiro 15 by’urumogi yaragiye gukwirakwiza mu baturage

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Kayonza, kuri uyu wa gatanu tariki ya 25 Werurwe, yafashe umugabo witwa Nsengimana Theoneste w’imyaka 22 afite ibiro 15 by’urumogi, yafatiwe mu Murenge wa Ndego, Akagari ka Kiyovu, Umudugudu wa Mwurire. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Superintendent of Police (SP) Hamduni Twizeyimana yavuze ko uyu Nsengimana yafashwe biturutse […]
Urukiko rwa Afurika yâuburengerazuba rwategetse ihagarikwa ryâibihano akarere kafatiye Mali
Ku wa Kane, Urukiko rwâUbutabera rwâubumwe bwâubukungu nâifaranga muri Afurika yâiburengerazuba (UEMOA) rwategetse guhagarika ibihano byafatiwe Mali muri Mutarama kubera guhirika ubutegetsi kwâ igisirikare ariko kiyemeje gusubiza abaturage ku butegetsi vuba. Urukiko rwâubutabera rwâubumwe bwâubukungu nâifaranga rya Afurika yâiburengerazuba (UEMOA), rwitabajwe nâabavoka ba Leta ya Mali, rwategetse ” irangizwa” ryâibihano byemejwe ku ya 9 Mutarama […]
Rubavu: Bagurishirijwe imitungo nta deni , urukiko rwaba rwarashimangiye amanyanga yakozwe na Me Uwayezu

Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Werurwe rwashimangiye icyemezo cyâurukiko rwibanze cyo kuwa 7 Werurwe gitesha agaciro ubusabe bwo guhagarika cyamunara yâumutungo wa Irankunze Emmanuel nâumugore we, Uwase Fabiola, bashinja umuhesha wâinkiko guteza cyamunara inzu yabo kandi nta mwenda barimo, ibintu basanga ari akarengane bakomeje gukorerwa ndetse bakavuga ko urukiko rwirengagije […]
Komisiyo ya Duclert ntiyemera raporo ya Survie ku ruhare rwâAbacanshuro bâAbafaransa muri jenoside
Ishyirahamwe Survie ryahishuye ibintu bitamenyakanye byabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Muri raporo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 24 Werurwe 2022, Survie yahishuye inyandiko zâubutasi bwo hanze bwâu Bufaransa, DGSE, avuga ko raporo zitandukanye zagiye zirengagiza, ibintu atavugaho rumwe na Komisiyo ya Duclert yakoze raporo iheruka ku ruhare rwâu Bufaransa mu byabaye. […]
La zone humide de Masaka sera transformĂ©e en lac d’Ă©cotourisme
Des Ă©tudes de faisabilitĂ© sont en cours pour ouvrir la voie au dĂ©veloppement de la zone humide de Masaka en un lac d’Ă©cotourisme et aider Ă contenir ses inondations. SituĂ©e dans le district de Kicukiro, Ă Kigali, la zone humide est soumise Ă des inondations constantes pendant la saison des pluies, mettant en danger les […]
Abanyemari bâAbagande barasaba u Burundi gufungura imipaka yabwo nâu Rwanda
Abanyemari bâAbarundi nâAbagande bahuriye i Bujumbura mu Burundi mu nama yari igamije kwagura isoko ryâibicuruzwa muri ibi bihugu byombi byo muri EAC, impande zombi ziyemeza guorera hamwe ariko Abagande basaba u Burundi gufungura imipaka yabwo nâu Rwanda. Ihuriro rihuza aba banyemari bo mu Burundi ryizeye ko inama yabahuje na bagenzi babo bo muri Uganda ari […]
Urukiko rwa Uganda rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi wahungiye mu Budage
Urukiko rwo muri Uganda kuri uyu wa Gatatu rwasohoye impapuro zo guta muri yombi umwanditsi watsindiye igihembo mpuzamahanga wahungiye mu Budage, aho yagiye avuga ko agiye kwivuza iyicarubozo yakorewe ubwo yari afunzwe nkâuko byatangajwe nâumwunganizi we mu mategeko. Kakwenza Rukirabashaija yatawe muri yombi mu mpera zâUkuboza, afungwa ukwezi ashinjwa kunenga Perezida Museveni nâumuhungu we, Lt […]
Kinshasa: Abadepite bari batumiwe mu mahugurwa na perezida birukanwe muri hotel kubera ubwishyu
Abadepite batowe ku rwego rwâintara bari batumiwe i Kinshasa n’umukuru wâigihugu FĂ©lix Tshisekedi, kugira ngo bitabire amahugurwa ku bijyanye no kwimura muri gahunda yâiterambere ryâibanze mu turere 145, birukanwe muri hotel kubera kutishyura. Abenshi muri abo badepite ku rwego rwâintara badafite inzu zo kubamo mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Kinshasa , […]
Gitega: Abantu bitwaje intwaro bishe umucuruzi wâinka bamusanze iwe
Umugabo witwa Innocent Njebarikanuye ucuruza inka wo mu gace ka Mahonda, muri Komini nâIntara ya Gitega, mu ijoro ryo kuwa Mbere ushize, itariki 21 Werurwe yishwe arashwe nâabantu bitwaje intwaro. Aba bantu bitwaje imbunda bishe uyu mucuruzi wâinka bamusanze iwe nkâuko byemejwe nâabaturanyi be. âAgatsiko kâabagizi ba nabi bitwaje intwaro binjiye mu rugo iwe. Baramurasa […]
Kigali commence la modernisation des abribus
La ville de Kigali a commencĂ© Ă mettre en place des abribus intelligents qui seront Ă©quipĂ©s d’installations telles que des Ă©crans publicitaires et de divertissement Ă LED, un Ă©clairage Ă LED, le WiFi et d’autres accessoires tels que des ports de recharge. Plus tĂŽt cette semaine, les employĂ©s de la ville ont commencĂ© Ă retirer […]
Perezida Kagame yakiriye abanyamuryango bâIhuriro Mpuzamahanga ry’Ibigo by’Imari, WAIFC

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabonanye nâabanyamuryango bâIhuriro Mpuzamahanga ry’Ibigo by’Imari rizwi nka World Alliance of Financial Centers, aho bari mu Rwanda mu nama yabo ya 3 yâubuyobozi. U Rwanda rwinjiye muri uyu muryango muri 2020 kandi rwashyizeho ubufatanye nâibigo by’imari hirya no hino mu mahanga. Rwanda Finance Limited ishizwe guteza imbere Ikigo Mpuzamahanga cya […]
RDC: FARDC iravuga ko igenzura ibirindiro byose byari ibya M23 muri Rutshuru
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiremeza ko kigaruriye ibirindiro byose byâinyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu yâAmajyaruguru. Ingabo za RDC guhera kuwa 19 Werurwe ngo ziri mu bikorwa byibasira ibirindiro bya ArmĂ©e rĂ©volutionnaire du Congo yâumutwe wa M23, muri Gurupoma ya Jomba, muri Teritwari ya Rutshuru. Ndetse, igisirikare […]
U Rwanda rwungutse kajugujugu za Gazelles, rwaba ruteganya no kugura Alpha Jets ?

Ubwami bwa Qatar bwahaye Igisirikare cyâu Rwanda cyo mu Kirere impano ya kajugujugu ebyiri zâintambara zo mu bwoko bwa SA 342 Gazelle zifashishwa mu bitero byoroheje no gushakisha umwanzi mu rwego rwo kwagura ubufatanye mu byâubwirinzi hagati yâibihugu byombi mu gihe bivugwa ko u Rwanda rushaka no kugura indege z’indwanyi za Alpha Jets. Nkâuko tubikesha […]
Urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara ryari rimaze ibyumweru risubitswe ryasubukuwe
Nyuma yâibyumweru bitatu rusubitswe, urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara na bagenzi be rwasubukuwe kuri uyu wa Kabiri, Ouagadougou muri Burkina Faso. Perezida wâUrugereko rwâIbanze rwârwâUrukiko rwa Gisirikare rwa Ouagadougou, Urbain MĂ©da, niwe watangaje kuri uyu wa Mbere ushize isubukurwa ryâurubanza ku iyicwa rya Capt. Thomas Sankara kuri uyu wa Kabiri. Ni nyuma yâaho uru […]
25 officiers supĂ©rieurs des RDF suivent un cours d’officiers d’Ă©tat-major de l’ONU
Au total, 25 officiers supĂ©rieurs des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) ont commencĂ© le lundi 21 mars le cours d’officiers d’Ă©tat-major des Nations Unies Ă l’AcadĂ©mie rwandaise de la paix (RPA) dans le district de Musanze. Le cours de formation des formateurs des officiers d’Ă©tat-major des Nations Unies est organisĂ© par la RPA en collaboration […]
Perezida wa Ukraine yavuze ko yiteguye kuganira nâu Burusiya ku kibazo cya Crimea na Donbass
Nyuma yâigihe gikabakaba ukwezi u Burusiya butangije intambara kuri Ukraine no mu gihe ibisasu bikomeje ku mijyi minini yâigihugu, Perezida wa Ukraine ku nshuro ya mbere yavuze ko yiteguye “kugerageza gukemura ibibazo byose bihangayikishije u Burusiya”, mu kiganiro yagiranye nâibitangazamakuru byinshi cyatambutse mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu kuwa Kabiri. “Ikibazo cya Crimea […]
Ibihugu byirinze kugira uruhande bibogamiraho, ibintu 10 byâingenzi byaranze intambara ya II yâIsi
Muri Nzeri 1939, u Bwongereza bwinjiye mu cyabaye intambara ikomeye yabaye ku Isi kugeza ubu, Ku ya 8 Ukuboza 1941 Amerika yari yirinze kwivanga mu ntambara na yo yayinjiyemo nyuma yo guterwa n’u Buyapani nk’uko tubikesha WorldAtlas. 1. Intambara ya kabiri y’isi yose yari intambara hagati y’amatsinda abiri y’ibihugu Uruhande rumwe (Allies), rwari rugizwe nâibihugu […]
Mali: Ibiganiro bya CEDEAO nâabahiritse ubutegetsi ku gihe amatora azabera byafashe ubusa
Guverinoma yâinzibacyuho ya Mali kuri iki Cyumweru yatangaje ko itigeze igera ku masezerano mu biganiro yagiranye nâumuryango wa CEDEAO ku gihe amatora agomba kugarura demokarasi azabera nyuma yâaho igisirikare gihiritse ubutegetsi. Iki gihugu cyo mu burengerazuba bwa Afurika muri Mutarama cyafatiwe ibihano bikakaye nyuma yâaho agatsiko kâabasirikare gafashe ubutegetsi mu 2020. Abayobozi bâinzibacyuho bagiranye ibiganiro […]
RDC: Igitero mu nkambi yâabavanwe mu byabo cyahitanye abasaga 10
Abantu 14 bavanwe mu byabo nâintambara, barimo abana barindwi kuwa Gatandatu ushize biciwe mu gitero cyagabwe nâinyeshyamba ku nkambi yâimpunzi muri Ituri, mu majyaruguru yâuburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nkâuko byatangajwe kuri iki Cyumweru gishize na Croix Rouge. Akana kâagakobwa kâimyaka ibiri nâabagore babiri bari hagati yâimyaka 25 na 32 nabo bari mu […]
Norvege: Abasirikare 4 bâAbanyamerika bapfiriye mu myitozo ya NATO
Abasirikare bane ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bapfiriye mu mpanuka yâindege mu gihugu cya Norvege aho bari mu myitozo ya NATO idafite aho ihuriye nâintambara yo muri Ukraine nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu na Minisitiri wâIntebe wa Norvege. Abinyujije kuri twitter, Jonas Gahr Stoere yatangaje ko aba basirikare baguye mu mpanuka yo mu […]
Le Royaume-Uni approuve l’envoyĂ© rwandais avant la rĂ©union du Commonwealth
Le Royaume-Uni a approuvĂ© le nouvel envoyĂ© du Rwanda dans le pays, Johnston Busingye, malgrĂ© les appels des critiques Ă Londres pour rejeter la nomination. L’approbation intervient trois mois avant que Kigali n’accueille la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth prĂ©vue le 20 juin. L’ancien ministre de la Justice et procureur gĂ©nĂ©ral a Ă©tĂ© […]
U Rwanda rwagiye rurushaho kugirirwa icyizere kubera igisirikare cyarwo – Umufaransa
Umwe mu bayobozi bakuru mu gihugu cyâu Bufaransa aravuga ko imikorere yâigisirikare cyâu Rwanda yatumye igihugu kirushaho kugirirwa icyizere kandi hari inyungu ibihugu byombi bisangiye. Ibi byavuzwe mu gihe Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda, Gen. Jean Bosco Kazura yasozaga uruzinduko rwe rwâakazi mu Bufaransa, aho yabonanye na mugenzi we, Gen Thierry Burkhard, basanzwe banaziranye akiyobora […]
ECOWAS yiyemeje kudatererana Burkina Faso nyuma yo kumva impamvu zâabahiritse ubutegetsi
Kuri uyu wa Kane ushize, uhagarariye Umuryango wâUbukungu wâIbihugu bya Afurika yâIburengerazuba (ECOWAS) yavuze ko bazakomeza gukorana na Burkina Faso nubwo hari impungenge zâumugambi wa gisirikare wo kugumana ubutegetsi mu gihe cyâimyaka itatu nyuma yo guhirika ubutegetsi muri Mutarama. Umuryango wâUbukungu wâIbihugu bya Afurika yâIburengerazuba (ECOWAS) wahagaritse Burkina Faso nyuma yâuko ingabo zimaze kwirukana ku […]
Le procĂšs d’une belle-mĂšre soupçonnĂ©e d’ĂȘtre liĂ©e Ă la mort trĂšs mĂ©diatisĂ©e d’Elsie Akeza commence
Le procĂšs d’une femme soupçonnĂ©e d’ĂȘtre liĂ©e Ă la mort trĂšs mĂ©diatisĂ©e d’Elsie Akeza Rutayombya, ĂągĂ©e de cinq ans, survenue en janvier de cette annĂ©e, a commencĂ© le jeudi 17 mars au tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge Ă Nyamirambo. Marie-Chantal Mukanzabarushimana, belle-mĂšre du dĂ©funt, est la principale suspecte du dĂ©cĂšs survenu le 14 janvier. Le dĂ©funt […]
Nyanza: Mugimba wavanwe mu Buholandi yakatiwe imyaka 25 yâigifungo kubera jenoside
Urukiko Rukuru, Urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya imipaka rwahamije Jean-Baptiste Mugimba ibyaha bya Jenoside kandi rumuhanisha igifungo cyâimyaka 25. Iki gihano yagikatiwe kuri uyu wa Kane, itariki ya 17 Werurwe ku cyicaro cy’urukiko mu Karere ka Nyanza mu Ntara yâAmajyepfo. Mugimba yashinjwaga ibyaha byinshi byakoreye mu bice bya Nyakabanda na Nyamirambo ho mu Karere […]
Perezida Ramaphosa yashinje NATO kuba intandaro yâintambara yo muri Ukraine
Kuri uyu wa Kane, itariki 17 Werurwe, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yashinje NATO kuba ari yo nyirabayazana yâintambara yo muri Ukraine maze avuga ko azamagana umuhamagaro wose wo kwamagana u Burusiya, amagambo yateye gushidikanya hibazwa niba azemerwa na Ukraine cyangwa Uburengerazuba nk’umuhuza. Ubwo yasubizaga ibibazo mu nteko ishinga amategeko, Ramaphosa yagize ati: “Intambara […]
Mali yiyemeje guhagarika ibitangazamakuru 2 mpuzamahanga byâAbafaransa
Abasirikare bayoboye igihugu cya Mali muri iki gihe bazahagarika ibitangazamakuru bibiri mpuzamahanga byâAbafaransa, RFI na France24, babishinja gutangaza amakuru yâibirego byâibinyoma ku gisirikare. Mu itangazo bashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane abayobozi ba Mali bavuze ko ibyo birego byacuzwe nâumuyobozi wâIshami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu, Michelle Bachelet ndetse na Human Rights Watch, bigatangazwa […]
Le président burundais Ndayishimiye reçoit le cardinal rwandais Kambanda
Le prĂ©sident Evariste Ndayishimiye du Burundi a reçu jeudi 17 mars le cardinal Antoine Kambanda du Rwanda, dans la capitale burundaise, Gitega. Le dĂ©veloppement annoncĂ© par la maison Ntare Rushatsi, la maison d’Ătat du Burundi, intervient deux jours seulement aprĂšs que le prĂ©sident Ndayishimiye a Ă©galement reçu une dĂ©lĂ©gation rwandaise de haut niveau dirigĂ©e par […]
OIF yashyize igaragaza aho ihagaze ku kibazo cyâintambara yâu Burusiya muri Ukraine

Nyuma yâigihe wotswa igitutu ngo ugaragaze aho uhagaze ku kibazo cyâintambara yâu Burusiya muri Ukraine, amaherezo kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Werurwe Umuryango wâIbihugu bikoresha Igifaransa (OIF) watoye umwanzuro usaba guhagarika intambara byihuse kandi nta mananiza mu nama ya 40 yâabaminisitiri bashinzwe francophonie mu nshingano zabo. Minisitiri wa Canada ushinzwe francophonie mu nshingano ze, […]
Belgique: Perezida Felix Tshisekedi yashimiye Imana kuba akiriho nyuma yo kubagwa
âNagize umu âspecialisteâ ukomeye wansannye. Ubu nshobora kugendana Minerve mu gihe runaka kugirango amagufa nâurutirigongo bitavunika. Imana ishimwe ndacyarihoâ ibi byatangajwe mu ntangiriro zâiki cyumweru na Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ubwo yari kuri ambasade yâigihugu cye mu Bubiligi aho yagiye kwivuriza. Mu kiganiro Perezida Tshisekedi yagiranye nâabakozi ba ambasade bari aho, yabijeje […]
Sudani yâEpfo: Abapolisi bâu Rwanda 240 bambitswe Imidari yâishimwe
Ku italiki ya 16 Werurwe, Umuryango wâabibumbye (UN) wambitse imidari yâishimwe abapolisi 240 bagize itsinda ryâabapolisi (RWAFPU-1) bari mu mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani yâEpfo mu rwego rwo kubashimira uburyo bakorana umurava nâubunyamwuga. Umuhango wo kubashyikiriza iyo midari yâishimwe wabereye I Malakal aho iryo tsinda ryâabapolisi rikorera akaba ari naho rikambitse. […]
Undi musirikare wâipeti rya jenerali wâu Burusiya yiciwe muri Ukraine
Undi musirikare mukuru w’u Burusiya w’ipeti rya Jenerali yiciwe mu mirwano nkâuko byatangajwe na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine. Perezida Zelensky ntiytangaje izina ryâuyu musirikare mukuru wâu Burusiya, ariko umujyanama muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ya Ukraine yavuze ko Jenerali Majoro Oleg Mityaev yishwe na batayo igendera ku bitekerezo by’ubuhezanguni izwi ku izina rya Azov. Ibitangazamakuru […]