Umuherwe Elon Musk usanganwe imigabane 9% muri Twitter arashaka kuyigura yose
Umuherwe Elon Musk wa mbere ku Isi kugeza ubu arifuza kugura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter rwose uko rwakabaye asanzwe afitemo imigabane 9%. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane bibaye nyuma y’iminsi mike uyu muyobozi mukuru wâuruganda rwa Tesla rukora imodoka zikoreshwa nâamashanyarazi, avuze ko atazongera kwitabira inama y’ubuyobozi bw’uru rubuga nkoranyambaga. Twitter Inc yavuze mu […]
Amafoto: Ibyamamare muri Hollywood byitabiriye ubukangurambaga busaba ifungurwa rya Rusesabagina

Ibyamamare muri Hollywood birimo Don Cheadle (wakinnye ari Rusesabagina muri Hotel Rwanda) byitabiriye ubukangurambaga bwiswe #FreeRusesabagina bugamije gusaba ifungurwa rya Paul Rusesabagina wakatiwe nâubutabera bwâu Rwanda imyaka 25 yâigifungo nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo iterabwoba no guhungabanya umutekano wâigihugu. Urugaga rw’Abavoka b’Abanyamerika na Clooney Foundation for Justice, Inama mpuzamahanga y’abavoka, ndetse n’imiryango iharanira uburenganzira bwa […]
Kagame arrive en JamaĂŻque pour une visite historique

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en JamaĂŻque pour une visite d’Ătat de trois jours, qui vise Ă renforcer la coopĂ©ration mutuellement bĂ©nĂ©fique. Kagame a Ă©tĂ© accueilli mercredi par le gouverneur gĂ©nĂ©ral Patrick Allen et le premier ministre jamaĂŻcain Andrew Holness Ă l’aĂ©roport international Norman Manley. « Cet aprĂšs-midi, Son Excellence Paul Kagame, PrĂ©sident de […]
Amerika: Amashusho agaragaza umupolisi wâumuzungu yica Umunyekongo yateje urunturuntu

Umuturage wâUmunyekongo wâimyaka 26 aherutse kwicwa na polisi yo muri Amerika ku itariki 04 Mata, ariko video yâibyabaye yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu ushize yateje urunturuntu. Amakuru atangazwa nâibinyamakuru bitandukanye birimo France24 avuga ko umwuka mubi wongeye kuzamuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera uyu mwirabura wâUmunyekongo ufite abana babiri wishwe na polisi […]
Burundi: Umuhinzi wemeye guha imfashanyo impunzi zo muri Ukraine ari mu bwihisho
Umurundi wâumuhinzi witwa Adrien Nimpagaritse uherutse kugaragara mu itangazamakuru ashaka guha imfashanyo abanya-Ukraine bugarijwe nâintambara, biravugwa ko kuva kuwa Kane wâicyumweru gishize ari mu bwihisho yihisha abantu bakorera urwego rwâiperereza bashatse kumunyereza. Amakuru urubuga UBMNews ruvuga ko rukesha SOS Medias Burundi, avuga ko uyu yahamagawe kuri telephone kuwa Kane ushize nâabantu biyita abanyamakuru ba BBC […]
Nyaruguru: Polisi yafashe magendu amabaro 19 yâimyenda ya caguwa
Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru ifatanije nâizindi nzego zâumutekano ndetse nâabaturage kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Mata, yafashe umugabo witwa Sindayigaya Patrice afite magendu amabaro 7 yâimyenda izwi nka caguwa , yakuraga mu gihugu cyâu Burundi. Yafatiwe mu Murenge wa Ngoma, Akagali ka Mbuye, Umudugudu wa Rurambo. Hanafashwe kandi magendu y’amabaro 12 […]
Biden agiye guha Ukraine ibikoresho bya gisirikare bya miliyoni 800$ byo guhangana nâu Burusiya

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko ubuyobozi bwe buzatanga miliyoni 800 zâamadolari yâAmerika yâinyongera ari mu nkunga ya gisirikare yo gufasha Ukraine gukaza ubwirinzi bwayo imbere yâibitero byâu Burusiya mu burasirazuba bwâigihugu. Inkunga izaba igizwe nâibikoresho birimo intwaro zirasa kure nâamasasu yazo, imodoka zâimitamenwa zitwara ingabo na za kajugujugu nkâuko […]
JamaĂŻque: Le parti d’opposition veut dĂ©cerner Ă Kagame « l’Ordre d’excellence » au nom du peuple jamaĂŻcain
Le Parti national populaire de l’opposition en JamaĂŻque salue la visite imminente du prĂ©sident rwandais Paul Kagame et espĂšre qu’il recevra la plus haute distinction qui puisse ĂȘtre dĂ©cernĂ©e Ă n’importe quel chef de gouvernement. Kagame doit arriver en JamaĂŻque le 13 avril pour une visite d’Ătat de trois jours. Il devrait rendre visite au […]
Le Rwanda et le Congo-Brazzaville signent huit pactes
Le prĂ©sident Paul Kagame et le prĂ©sident Sassou Nguesso du Congo-Brazzaville ont prĂ©sidĂ© mardi la signature de huit accords dans le cadre des efforts visant Ă approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Les accords ont Ă©tĂ© conclus le deuxiĂšme jour de la visite du prĂ©sident Kagame dans le pays. Le ministre des Affaires […]
Museveni agiye gusezerera abasirikare bakuru barimo Gen. Kayihura na Gen. Sejusa
Uwahoze ari umuyobozi wâubutasi bwa Uganda, Gen David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996 ariko akangirwa, hamwe nâuwahoze ari Umuyobozi wa Polisi, Gen. Kale Kayihura, ugifite ibirego ahanganye nabyo mu rukiko rwa gisirikare, biravugwa ko bemerewe kuzasezera mu ngabo zâigihugu cya Uganda (UPDF) ) muri Nyakanga uyu mwaka. Nkâuko amakuru aturuka mu […]
Gen. Mbala wagaragaje intege nke imbere ya M23 yasimbuwe ku buyobozi bwâingabo muri Kivu yâAmajyaruguru
Binyuze muri telegaramu yashyizweho umukono ku ya 8 Mata ikanashyirwa ku mugaragaro ku ya 11 Mata, Umugaba Mukuru wâIngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Gen. CĂ©lestin Mbala, yashyizeho byâagateganyo Brig. Gen. Robert Kasongo Maloba (uri ku ifoto) ngo asimbure Komanda wa Sokola 1 Grand Nord ya FARDC. Umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa Sokola 1, […]
Uko jenoside yahise itangira mu ijoro ryo kuwa 06 Mata 1994 iwabo wa Habyarimana muri Karago
Nkâuko bivugwa nâumutangabuhamya wo muri segiteri ya Rambura, mu ijoro ryo ku ya 6 Mata 1994 butaracya, Interahamwe zaraye zica Abatutsi, zitwika nâamazu yabo. Abatarapfuye muri iryo joro, bagerageje guhungira mu ishyamba rya Gishwati bamaramo nkâicyumweru, nyuma baza guhungira muri Zayire. Abatutsi bo muri iyi komini bari bazi ko interahamwe zahawe imbunda, gusa bari barabuze […]
Bujumbura: Umupolisi yarashe umunyonzi nâumugenzi yari atwaye
Umupolisi wâu Burundi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ushize, yarashe umunyonzi wari uhetse umugenzi bose arabakomeretsa mu gace ka Mutakura, muri Zone ya Cibitoke, mu majyaruguru yâUmujyi wa Bujumbura. Uyu mupolisi warashe abo bagabo babiri bari ku igare yabanje kuvugana nâumunyonzi amushinja kurenga ahantu amagare na moto bitemerewe kurenga muri icyo gice cyâumurwa […]
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza n’umugore we bagiye guhanwa kubera kwica amategeko
Polisi mu mujyi wa Londres yatangaje ko igiye guca amande abantu hafi 50, barimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid 19, aya makuru akaba yanemejwe n’ibiro bye. Umuvugizi wâIbiro bya Ministiri wâIntebe yavuze ko Boris Johnson n’undi muminisitiri bamaze gushyikirizwa impapuro za polisi zibamenyesha ko polisi yiteguye kubafatira […]
Tariki ya 13 Mata 1994: Abatutsi bari bahungiye muri St André no muri Kiriziya ya Mutagatifu KAROLI LWANGA barishwe
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 13 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Iyicwa ryâabatutsi muri College Saint Andre I Nyamirambo Mu murenge wa Nyamirambo mu kigo cyâishuri […]
U Burusiya buravuga ko butazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kubera imishyikirano
Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Mata 2022, Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Burusiya, Sergei Lavrov, yatangaje ko u Burusiya butazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kubera ibiganiro byâamahoro bizakurikiraho. Abayobozi b’u Burusiya bavuga ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bidatera imbere vuba nk’uko babyifuza, kandi bashinja Uburengerazuba kugerageza guhagarika imishyikirano mu kuzamura ibirego by’intambara barega ingabo […]
Le prĂ©sident rwandais attendu en JamaĂŻque pour une visite d’Etat de 3 jours
Le PrĂ©sident de la RĂ©publique du Rwanda, Son Excellence Paul Kagame, doit arriver sur l’Ăźle mercredi 13 avril pour une visite d’Etat de trois jours. Pendant son sĂ©jour en JamaĂŻque, le prĂ©sident Kagame devrait rendre visite au gouverneur gĂ©nĂ©ral, Son Excellence le trĂšs honorable. Sir Patrick Allen, et rencontrera le Premier ministre, le trĂšs honorable. […]
Kenya: Ihangana rya Ruto na Odinga rirakomeje mu gihe habura amezi mbarwa ngo amatora abe
Impande zitegura guhatana mu matora yâumukuru wâigihugu muri Kenya, urwa Visi Perezida William Ruto nâurwa Raila Odinga wahoze ari Minisitiri wâIntebe bakajije umurego mu kugabanaho ibitero byâumuntu ku giti cye mu minsi yashize, bikomeje kuzamura umwuka mubi mu gihe habura amezi ane gusa kugirango amatora yo muri Kanama abe. Abayoboke ba Ruto, bakomeje kurakara bivuye […]
La France promet de juger un suspect de génocide tous les six mois
Le gouvernement français rĂ©flĂ©chit Ă des moyens qui verront au moins deux suspects du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi jugĂ©s chaque annĂ©e, dans le cadre des efforts visant Ă rendre justice aux plus d’un million de victimes. Cette dĂ©cision, selon l’ambassadeur de France au Rwanda, Antoine Anfre, intervient Ă un moment oĂč la France […]
Mozambique: Kudahuza ibikorwa hagati yâIngabo zâu Rwanda n’iza SADC, ingaruka ku mahoro arambye
Ingabo za SADC zoherejwe mu butumwa bwa SAMIM muri Mozambique zikomeje kuvugwaho kudahuza ibikorwa n’Ingabo z’u Rwanda, zose zifite intego imwe yo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, ndetse n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ibintu bibangamiye kugera ku mahoro arambye muri iki gice. Iyoherezwa ryâingabo za SADC rigaragara mu nyandiko zemewe zâUmuryango wa Afurika […]
U Bufaransa bwahambirije abadipolomate batandatu bâAbarusiya buvuga ko ari intasi
Kuri uyu wa Mbere, Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga yâu Bufaransa yatangaje ko abakozi batandatu bâu Burusiya (bivugwa ko ari intasi) biyita abadipolomate nka “persona non grata” cyangwa abantu batagifite ikaze mu Bufaransa nyuma yâiperereza ryakozwe nâinzego zâubutasi zo mu gihugu ryanzuye ko barwanya inyungu zâu Bufaransa. Minisiteri yagize ati: “Nyuma yâiperereza rirerire cyane, Ubuyobozi bukuru bwâumutekano […]
Ituri: Inyeshyamba bikekwa ko ari iza ADF zishe abaturage byibuze 20
Inyeshyamba zikekwaho kuba zigendera ku matwara akaze ya Kisilamu zishe byibuze abasivili 20 mu bitero zagabye ku Cyumweru no ku wa Mbere, mu Ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko aba bagabye igitero bakekwaho kuba mu mutwe wâinyeshyamba za ADF ugizwe nâinyeshyamba zâAbagande zikorera mu burasirazuba bwa Congo kuva mu […]
Le prĂ©sident Kagame au Congo-Brazzaville pour une visite d’Etat de 3 jours
Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en RĂ©publique du Congo pour une visite d’Etat de trois jours du 11 au 13 avril, selon la prĂ©sidence. Dans un communiquĂ©, le chef de l’Etat tiendra un tĂȘte-Ă -tĂȘte avec son homologue, Denis Sassou N’Guesso, suivi d’une rencontre bilatĂ©rale aux cĂŽtĂ©s d’autres dĂ©lĂ©gations. Les reprĂ©sentants des deux dĂ©lĂ©gations signeront […]
Kinshasa: Urukiko rwemeje ko urubanza rwa Vital Kamerhe rusubirwamo
Urukiko rusesa imanza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwatesheje agaciro icyemezo cyâurukiko rwâubujurire rwa Kinshasa-Gombe, mu rubanza rwaciwe kuri uyu wa mbere, itariki ya 11 Mata, mu bujurire bwa Vital Kamerhe, rutegeka ko urubanza ruzasubirwamo. Nkâuko Urukiko rusesa imanza rubivuga, Urukiko rw’Ubujurire rwarenze ku ngingo ya 104 y’igitabo cy’amategeko ahana, rusuzuma dosiye igihe rutari […]
Nyarugenge: Hibutswe Abatutsi biciwe ku musozi wa Kana nyuma yâ inzira yâumusaraba

Kuri uyu wa 11 Mata 2022, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa, yifatanyije nâabatuye mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho babanje gushyira indabo mu mugezi wa Nyabarongo/mu Nzove aharoshywe Abatutsi batagira ingano. Uhagarariye Ibuka mu Kagari ka Nyamweru mu Murenge wa […]
Kinshasa: Vital Kamerhe arongera gusaba kugirwa umwere mu rukiko rusesa imanza
Vital Kamerhe wahoze ari umuyobozi mukuru wâibiro byâumukuru wâigihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo aracyataka ko ari umwere nyuma yo guhamwa n’icyaha ku rwego rwa mbere nâurwa kabiri. Uyu muyobozi wâishyaka, Union pour la Nation Congolaise “UNC” yari yatanze icyifuzo cyo gusuzuma ubujurire bwe mu Rukiko Rusesa Imanza. Muri urwo rwego […]
Urugomo nâubwicanyi byakorewe Abatutsi muri Cyangugu nyuma yâurupfu rwa Bucyana wari Perezida wa CDR
Nyuma yâamezi make habaye urupfu rwa Perezida wâUburundi Ndadaye Melchior, urupfu rwakurikiwe nâumwuka mubi hirya no hino muri Perefegitura ya Cyangugu, uwitwa Bucyana Martin wari Perezida wa CDR nawe yishwe ku wa 22 Gashyantare 1994, yicirwa i Butare hafi yâi Mbazi muri Save. Amaze kwicwa hahise hakwirakwizwa ibinyoma ko yishwe nâAbatutsi, maze inkuru ihita igera […]
France: Emmanuel Macron na Marine Le Pen bagiye guhurira mu cyiciro cya 2 cyâamatora
Kuri iki Cyumweru gishize, perezida ucyuye igihe wâu Bufaransa hamwe nâumukandida bahanganye, Marine Le Pen, bagiye guhurira mu cyiciro cya kabiri cyâamatora yâumukuru wâigihugu, nyuma yo guhigika mu cya mbere Jean-Luc MĂ©lenchon wagize amajwi 21.95%. Ni mu gihe Macron yagize 27,6% naho Marine Le Pen agira amajwi 23.41%. Bigiye kugenda nkâuko byagenze mu matora yo […]
Tariki 11 Mata 1994: Umunsi Abatutsi bari bahungiye muri ETO batereranywe n’Ababiligi
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 11 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hakomeye hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Ingabo zâAbabirigi zataye impunzi zâAbatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cyâishuri […]
RDC: Umushinwa wakoreraga COOMEC yishwe arashwe nâabantu bitwaje intwaro
Umuturage wâUmushinwa, wakoreraga Koperative yâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro mu burasirazuba bwa Congo (COOMEC), kuri iki Cyumweru, itariki 10 Mata 2022 yishwe nâabantu bitwaje intwaro bataramenyekana mu gace ka Moku gaherereye muri Teritwari ya Watsa, mu Ntara, mu Ntara ya Haut- UĂ©lĂ©. Aya makuru yatangajwe nâitangazamakuru ryo muri iki gihugu avuye kuri Perezida wâInama yâUbuyobozi ya COOMEC. […]
Amafaranga 20 akoreshwa muri Afurika afite agaciro kurusha ayandi

Kugira ifaranga rikomeye bivuze ko biba bihendutse gutumiza ibicuruzwa. Ibi bivuze kandi ko rivunjwa ku rwego rwo hejuru kuruta mbere. Iyo uburyo bwo guhahirana bwâigihugu bukomeye, bigabanya ihindagurika ryâisoko ryâimbere. Dore amafaranga yari akomeye muri Afurika muri 2021 nâuko avunjwa mu Madolari ya Amerika 1. Dinar rya Libya (1 USD = 1,41 LYD) 2. Dinar […]
Ishyamba si ryeru hagati ya Youtube n’u Burusiya nyuma yo gufunga umuyoboro w’inteko
Abayobozi b’u Burusiya biyemeje gukomanyiriza urubuga rwa Youtube nyuma y’aho rufashe icyemezo cyo gufunga umuyoboro w’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu. YouTube yatangaje kuri uyu wa Gatandatu ko ihagaritse guhitisha ibiganiro by’umuyoboro wa Televiziyo Duma (y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya) kubera ko byarenze ku mabwiriza YouTube igenderaho. Kugeza ubu YouTube yokejwe igitutu n’abategetsi n’ikigo gishinzwe kugenzura […]
Impamvu 10 zishobora gusunikira amahanga mu Ntambara ya Gatatu yâIsi

Umuryango wâAbibumbye washingiwe guhagarika no gukumira amakimbirane ayo ari yo yose ku Isi, nyamara ubwiyongere bwâiterabwoba riherutse kuba ryateje ibibazo mu bantu ku bijyanye n’Intambara ya Gatatu y’Isi yose. Uburezi nâubufasha ntabwo ari cyo gisubizo kuko iterabwoba ntiriva mu bihugu bikennye gusa. Mu byâukuri, abantu barenga 600 baturutse muri Amerika ya ruguru binjiye muri Islamic […]
Imran Khan wari Minisitiri wâIntebe wa Pakistan yegujwe ku mirimo ye
Kuri iki Cyumweru, Imran Khan yirukanwe ku mwanya wa Minisitiri wâIntebe wa Pakisitani nyuma yâuko inteko ishinga amategeko imutereye icyizere na nyuma yâibyumweru byinshi byâimvururu za politiki. Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Mata, hazatorwa Minisitiri wâIntebe mushya, aho Umuyobozi wâishyirahamwe ryâAbayisilamu muri Pakisitani-N (PML-N), Shehbaz Sharif, byanze bikunze ashobora gutorwa kugira ngo ayobore igihugu […]
RDC: Inyeshyamba za M23 zigaruriye ibindi bice birimo Gasiza, Bugusa na Basare
Imirwano yasubukuwe ku wa Kabiri hagati yâumutwe wa M23 na FARDC yarakomeje kuri uyu wa Gatandatu nko mu birometero cumi na bitanu uvuye mu Mujyi wa Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ingabo za leta ziragerageza kwigarurira uturere twigaruriwe nâinyeshyamba mu gihe zikomeza gufata utundi. Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyageragezaga kwirukana inyeshyamba […]
Tariki ya 10 Mata 1994: Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi
Ku munsi nkâuyu wâitariki ya 10 Mata mu 1994, Leta yâabicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma yâabicanyi yayoborwaga na minisitiri wâintebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda […]
Nkombo: Hari ababana na VIH batangiye kureka imiti kubera kubura inyunganiramirire bahabwaga na Leta

Bamwe mu bafite virusi itera Sida bo ku Kirwa cya Nkombo giherereye mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Nkombo bavuga ko bahangayikishijwe no kuba batagihabwa inyunganiramirire bahabwaga irimo nka sosoma, bakaba bavuga ko Leta, itabatabaye mu maguru mashya ubuzima bwabo bwaba buri mu kaga gakomeye. Aba baturage bavuga ko byahumiye kumirari bishingiye ku byiciro […]
Will Smith yakumiriwe imyaka 10 muri Oscars kubera urushyi yateye Chris Rock
Will Smith yahagaritswe imyaka 10 atitabira ibirori byo gutanga ibihembo bya Oscars, nyuma yâibyumweru bitageze kuri bibiri uyu mukinnyi wa filimi wâUmunyamerika akubitiye urushyi umunyarwenya Chris Rock kuri stage. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 08 Mata, nyuma yâinama yâubuyobozi bwa Academy ya Motion Picture Arts and Sciences itanga ibihembo bya Oscars, hatangajwe ko Smith atazanemererwa […]
Guinea: Alpha Conde wahiritswe yasubiye mu gihugu nyuma y’amezi muri UAE
Alpha Conde wahoze ari Perezida wa Guinea mbere yo guhirikwa ku butegetsi nâabasirikare mu mwaka ushize, kuri uyu wa Gatanu ushize yasubiye mu gihugu cye nyuma yâamezi atatu ari muri Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu, aho yari yaragiye kwivuriza. Conde yabaye perezida wa mbere wa Guinea watowe binyuze mu nzira ya demokarasi mu 2010. Ariko, ku […]
Masisi: Haravugwa ifatwa ryâAbanyarwanda 2 bashinjwa guhungabanya umutekano
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 8 Mata 2022, abashinzwe umutekano hafi ya Mweso, muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru, bataye muri yombi abantu babiri bivugwa ko ari Abanyarwanda bakekwaho kugira uruhare mu guhungabanya umutekano. Nkâuko byatangajwe na Komanda wa Komisariya ya Polisi yâigihugu cya Congo (PNC) muri Mweso avugana […]
Kagame explique pourquoi l’APR ne s’est pas vengĂ©e des tueries des Tutsi

Aujourd’hui, le Rwanda et le monde cĂ©lĂšbrent la 28e commĂ©moration du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. Le prĂ©sident Kagame a expliquĂ© pourquoi les rebelles du Front Patriotique Rwandais ont choisi de ne pas se venger. L’Ă©vĂ©nement pour commencer la semaine de deuil national a eu lieu au MĂ©morial du gĂ©nocide de Kigali. L’Ă©vĂ©nement a […]
Uvira: RED-Tabara irashinjwa gusahura inka zisaga 500 zâAbanyamulenge
Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kiziba, muri Gurupoma ya Bijombo, muri Teritwari ya Uvira (Kivu y’Amajyepfo) mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuga ko kuri uyu wa Gatatu ushize, inyeshyamba zâAbarundi zo mu mutwe witwaje intwaro wa Red Tabara zasahuye inka zirenga 500. Uyu mutwe w’inyeshyamba nturagira icyo uvuga kuri ibyo birego. Bamwe […]
âLa Maison Françaiseâ ya Kaminuza ya New York igiye guha icyubahiro Louise Mushikiwabo
âLa Maison Françaiseâ ya Kaminuza ya New York igiye guha icyubahiro Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie, muri Gala (Gala Benefit) izaba ku itariki ya 16 Mata 2022. Iyi Gala ikusanyiriza inkunga kimwe mu bigo bikora cyane ibijyanye nâubutwererane mu byâ umuco nâubwenge hagati yâIsi ivuga igifaransa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nkâuko […]
Perezida Museveni yazamuye mu ntera ba Ofisiye 76 barimo Col. Rugumayo wa CMI
Perezida Museveni, akaba n’umugaba wâikirenga w’Ingabo za Uganda, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 76 ba UPDF bo mu nzego zitandukanye. Nkâuko bigaragara ku rubuga rwa tweet rwâumuvugizi wa Minisiteri yâingabo, Perezida yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo umuyobozi wungirije ushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), Col Abdul Rugumayo, wagizwe Brig. General. “Nyakubahwa Perezida akaba nâUmugaba wâIkirenga […]
Uwahoze ari Perezida wa Burkinafaso uherutse guhirikwa yarekuwe
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 6 Mata, umuvugizi wa Guverinoma ya Burkifaso, Lionel Bilgo, yatangaje irekurwa ryâuwahoze ari Perezida Roch Marc Christian KaborĂ©. Uyu yatawe muri yombi ku ya 24 Mutarama, nyuma yâihirika ryâubutegetsi rya gisirikare riyobowe na Lt. Col. Paul-Henri Sandaogo Damiba. Ni ibyishimo ku bantu bari bategereje batihanganye irekurwa ryâuwahoze ari perezida […]
RDC: Undi musirikare wa MONUSCO yiciwe hafi ya Ituri
MONUSCO yongeye kujya mu cyunamo nyuma yâaho umwe mu basirikare bayo yongeye kwicirwa mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Kabiri ushize. MONUSCO iri mu bihe bitoroshye. Icyumweru kimwe nyuma yâimpanuka ya kajugujugu yahitanye abasirikare bayo umunani muri Tshanzu, Intara ya Kivu yâAmajyaruguru, undi musirikare wâUmuryango wâAbibumbye yaguye, na none kuri uyu wa […]
Ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku mugabane wa Afurika

Mu gihe hari impungenge ko hashobora kubaho Intambara ya gatatu y’Isi yose nyuma yâamakimbirane mashya nkâibitero byâu Burusiya muri Ukraine, ushobora kuba wibaza igihugu cya Afurika gifite ingabo nyinshi. Twifashishije Business Insider Africa, twifuje kukugezaho urutonde rwâibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku mugabane. 1. Misiri Abasirikare bose: 1.300.000 Abari mu kazi: 438,500 Abitwara […]
Zimwe mu mpunzi zâAbanyarwanda ziba muri Mozambique zigiye gutangira gutaha
Itsinda ryâimpunzi zâAbanyarwanda ziba muri Mozambike zatangiye gusubira mu gihugu cyazo nyuma yâimyaka hafi mirongo itatu mu buhungiro. Hagati ya Mata na Kamena 1994, Abanyarwanda basaga miliyoni bishwe mu gihe cy’iminsi 100 muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Abandi babarirwa muri za miriyoni bahungiye mu bihugu byâibituranyi no hanze yabyo. Abategetsi ba Mozambike bavuga ko muri iki […]
Papa Fransisiko yasomye ibendera rya Ukraine yamagana ubwicanyi bwakorewe muri Bucha

Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, kuri uyu wa Gatatu yasomye ibendera rya Ukraine yohererejwe riturutse ahitwa Bucha, yamagana ubwicanyi bwahakorewe bwasize imirambo magana ku mihanda nâindi myinshi mu mva rusange. Yabivuze mu ijambo akunze kuvuga buri nshuro mu cyumweru, aho yagize atya akazingura ibendera yavuze ko yohererejwe riturutse mu âMujyi wâabahowe Imanaâ wa Bucha. […]
VIDEO: AMATEKA YA BRAISE COMPAORE WIVUGANYE INCUTI MAGARA ||AZAFUNGWA UBUZIMA BWE BWOSE
Le Rwanda devient le premier pays africain Ă lancer un centre dĂ©diĂ© Ă l’intelligence artificielle
La nĂ©cessitĂ© est la mĂšre de l’invention, et le gouvernement rwandais semble le comprendre plus que quiconque avec le lancement du Centre de la quatriĂšme rĂ©volution industrielle (C4IR). “Avec l’avĂšnement de la quatriĂšme rĂ©volution industrielle et les innovations rapides observĂ©es lors de la pandĂ©mie de Covid-19, il est de plus en plus urgent de dĂ©velopper […]
Umuyobozi wâibitaro bya mbere biteye imbere mu Burundi ari mu maboko yâurwego rwâubutasi

Dr. Christophe Sahabo ukuriye ibitaro bya mbere biteye imbere mu gihugu cyâu Burundi bizwi nka Kira Hospital afungiye muri kasho yâubutasi bwâigihugu (National Intelligence Service) mu murwa mukuru wâubukungu Bujumbura kuva ku wa gatanu ushize. Mu mpera z’icyumweru gishize, yamenyesheje Inama y’Ubuyobozi ko yeguye ku mirimo ye ariko amakuru avuga ko yabihatiwe. Ku wa Gatandatu, […]
Ingabo za Amhara nâiza Leta ya Ethiopia zirashinjwa itsembabwoko muri Tigray – Raporo
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Mata 2022 imiryango ibiri yâingenzi iharanira uburenganzira bwa muntu yashinje umutwe witwara gisirikare wo mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia, kuba zaratangije ubukangurambaga bwo gutsemba ubwoko bwâAbanya-Tigray mu ntambara imaze guhitana abasivili ibihumbi n’ibihumbi abasaga miliyoni bakavanwa mu byabo. Amnesty International and Human Rights Watch (HRW) byavuze muri raporo […]
RDC: Uwahoze ari umujyanama wa perezida yaraye muri Gereza Nkuru ya Makala
Nyuma yâamezi hafi abiri afungiwe muri kasho zâUrwego rwâIgihugu rwâUbutasi (ANR), François Beya, wahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Mata, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Umuryango wiyemeje guharanira irekurwa rye â Free François Beyaâ watangaje ko dosiye yâuyu wari umujyanama wa perezida mu byâumutekano yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha […]
Nancy Pelosi, umugore wa mbere wâigihangange muri politiki ya Amerika wisanze ahetse igihugu ku ya 6 Mutarama 2021
Nancy Pelosi ufatwa kugeza ubu nk’umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni Perezida wa 52 wâInteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Umutwe wâAbadepite, akaba yarakoze amateka mu 2007 ubwo yatorewe kuba umugore wa mbere wabaye Perezida wâInteko. Ku ya 3 Mutarama, uyu mugore ugeze mu zabukuru uhagarariye Ishyaka ryâAbademokarate muri […]
Urukundo rutangaje rwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine

Amateka n’ubuzima bwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky, uyu munsi bahanganye n’ibitero by’u Burusiya buyobowe na Vladmir Putin bimaze igihe kirekire kuko bakundanye bakiri bato. Uko Olena Zelenska na Zelensky bahuye mu bwana bwabo kugera bakundanye Olena Volodmyrivna Zelenska yavukiye muri Ukraine ku itariki ya 6 Gashyantare 1978 ubu afite imyaka 44 y’amavuko kimwe […]
Gisagara: Imvura ikabije yasenye inzu zâabaturage inibasira amashuri
Inzu zisaga 20 zasenyutse, ibindi bikorwa bitandukanye birangirika mu Murenge Gishubi mu Karere ka Gisagara nyuma yâimvura ikabije yaguye kuri uyu wa Mbere. Abasenyewe ndetse nâabafite ibyabo byangiritse kuri ubu barasaba inkunga nyuma yo gusigwa iheruheru n’iyi mvura. Abaturage bavuga iyi mvura yatangiye kugwa ahagana saa saba zishyira saa munani za nimugoroba, aho bemeza ko […]
Miliyoni 26 zâabatuye Shanghai muri guma mu rugo nyuma yâubwandu bushya busaga 13,000
Kuri uyu wa Kabiri, abategetsi b’u Bushinwa bongereye igihe cya guma mu rugo muri Shanghai kugira ngo babashe kugera ku bantu miliyoni 26 bayituye, nyuma yâisuzuma ryakozwe mu mujyi hose ryerekanye ubwandu bushya bwa COVID-19 ku barenga 13.000 mu gihe uburakari bwâabaturage bwiyongera ku mategeko yâakato. Ubu guma mu rugo yakwiriye umujyi wose nyuma yâamabwiriza […]
La Zambie et le Rwanda signent 7 accords pour approfondir la coopération bilatérale
La Zambie et le Rwanda ont signĂ© lundi sept accords visant Ă approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Le prĂ©sident zambien Hakainde Hichilema et son invitĂ© Paul Kagame ont assistĂ© Ă la cĂ©rĂ©monie de signature qui s’est tenue Ă l’hĂŽtel Avan dans la ville mĂ©ridionale de Livingstone et diffusĂ©e en direct sur diverses […]
Koreya ya Ruguru ivuga ko izakoresha intwaro kirimbuzi nishotorwa nâamajyepfo
Mushiki wa Kim Jong Un, umuyobozi wa Koreya ya Ruguru yateye ubwoba Koreya y’Epfo avuga ko batazazuyaza gukoresha intwaro za kirimbuzi niyishotora nyuma yâaho Seoul imaze kwerekana ubushobozi bwayo bwo kugaba ibitero mu majyaruguru. Kuri uyu wa Kabiri, Kim Yo Jong mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nâibitangazamakuru bya leta ya Koreya ya Ruguru, yavuze ko Minisitiri […]