Umuherwe Elon Musk usanganwe imigabane 9% muri Twitter arashaka kuyigura yose

Umuherwe Elon Musk wa mbere ku Isi kugeza ubu arifuza kugura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter rwose uko rwakabaye asanzwe afitemo imigabane 9%. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane bibaye nyuma y’iminsi mike uyu muyobozi mukuru w’uruganda rwa Tesla rukora imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi, avuze ko atazongera kwitabira inama y’ubuyobozi bw’uru rubuga nkoranyambaga. Twitter Inc yavuze mu […]

Amafoto: Ibyamamare muri Hollywood byitabiriye ubukangurambaga busaba ifungurwa rya Rusesabagina

b1fbbe08a637fd40faa9f205cf4c8fbd.jpg

Ibyamamare muri Hollywood birimo Don Cheadle (wakinnye ari Rusesabagina muri Hotel Rwanda) byitabiriye ubukangurambaga bwiswe #FreeRusesabagina bugamije gusaba ifungurwa rya Paul Rusesabagina wakatiwe n’ubutabera bw’u Rwanda imyaka 25 y’igifungo nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo iterabwoba no guhungabanya umutekano w’igihugu. Urugaga rw’Abavoka b’Abanyamerika na Clooney Foundation for Justice, Inama mpuzamahanga y’abavoka, ndetse n’imiryango iharanira uburenganzira bwa […]

Kagame arrive en JamaĂŻque pour une visite historique

fqqux_kx0auidg_.jpg

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en JamaĂŻque pour une visite d’État de trois jours, qui vise Ă  renforcer la coopĂ©ration mutuellement bĂ©nĂ©fique. Kagame a Ă©tĂ© accueilli mercredi par le gouverneur gĂ©nĂ©ral Patrick Allen et le premier ministre jamaĂŻcain Andrew Holness Ă  l’aĂ©roport international Norman Manley. « Cet aprĂšs-midi, Son Excellence Paul Kagame, PrĂ©sident de […]

Amerika: Amashusho agaragaza umupolisi w’umuzungu yica Umunyekongo yateje urunturuntu

2022-04-13t233607z_168249377_rc2jmt9nyirz_rtrmadp_3_usa-race-michigan.jpg

Umuturage w’Umunyekongo w’imyaka 26 aherutse kwicwa na polisi yo muri Amerika ku itariki 04 Mata, ariko video y’ibyabaye yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu ushize yateje urunturuntu. Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye birimo France24 avuga ko umwuka mubi wongeye kuzamuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera uyu mwirabura w’Umunyekongo ufite abana babiri wishwe na polisi […]

Burundi: Umuhinzi wemeye guha imfashanyo impunzi zo muri Ukraine ari mu bwihisho

Umurundi w’umuhinzi witwa Adrien Nimpagaritse uherutse kugaragara mu itangazamakuru ashaka guha imfashanyo abanya-Ukraine bugarijwe n’intambara, biravugwa ko kuva kuwa Kane w’icyumweru gishize ari mu bwihisho yihisha abantu bakorera urwego rw’iperereza bashatse kumunyereza. Amakuru urubuga UBMNews ruvuga ko rukesha SOS Medias Burundi, avuga ko uyu yahamagawe kuri telephone kuwa Kane ushize n’abantu biyita abanyamakuru ba BBC […]

Nyaruguru: Polisi yafashe magendu amabaro 19 y’imyenda ya caguwa

Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru ifatanije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Mata, yafashe umugabo witwa Sindayigaya Patrice afite magendu amabaro 7 y’imyenda izwi nka caguwa , yakuraga mu gihugu cy’u Burundi. Yafatiwe mu Murenge wa Ngoma, Akagali ka Mbuye, Umudugudu wa Rurambo. Hanafashwe kandi magendu y’amabaro 12 […]

Biden agiye guha Ukraine ibikoresho bya gisirikare bya miliyoni 800$ byo guhangana n’u Burusiya

ap22102831760261.jpg

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko ubuyobozi bwe buzatanga miliyoni 800 z’amadolari y’Amerika y’inyongera ari mu nkunga ya gisirikare yo gufasha Ukraine gukaza ubwirinzi bwayo imbere y’ibitero by’u Burusiya mu burasirazuba bw’igihugu. Inkunga izaba igizwe n’ibikoresho birimo intwaro zirasa kure n’amasasu yazo, imodoka z’imitamenwa zitwara ingabo na za kajugujugu nk’uko […]

JamaĂŻque: Le parti d’opposition veut dĂ©cerner Ă  Kagame « l’Ordre d’excellence » au nom du peuple jamaĂŻcain

Le Parti national populaire de l’opposition en JamaĂŻque salue la visite imminente du prĂ©sident rwandais Paul Kagame et espĂšre qu’il recevra la plus haute distinction qui puisse ĂȘtre dĂ©cernĂ©e Ă  n’importe quel chef de gouvernement. Kagame doit arriver en JamaĂŻque le 13 avril pour une visite d’État de trois jours. Il devrait rendre visite au […]

Le Rwanda et le Congo-Brazzaville signent huit pactes

Le prĂ©sident Paul Kagame et le prĂ©sident Sassou Nguesso du Congo-Brazzaville ont prĂ©sidĂ© mardi la signature de huit accords dans le cadre des efforts visant Ă  approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Les accords ont Ă©tĂ© conclus le deuxiĂšme jour de la visite du prĂ©sident Kagame dans le pays. Le ministre des Affaires […]

Museveni agiye gusezerera abasirikare bakuru barimo Gen. Kayihura na Gen. Sejusa

Uwahoze ari umuyobozi w’ubutasi bwa Uganda, Gen David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996 ariko akangirwa, hamwe n’uwahoze ari Umuyobozi wa Polisi, Gen. Kale Kayihura, ugifite ibirego ahanganye nabyo mu rukiko rwa gisirikare, biravugwa ko bemerewe kuzasezera mu ngabo z’igihugu cya Uganda (UPDF) ) muri Nyakanga uyu mwaka. Nk’uko amakuru aturuka mu […]

Uko jenoside yahise itangira mu ijoro ryo kuwa 06 Mata 1994 iwabo wa Habyarimana muri Karago

Nk’uko bivugwa n’umutangabuhamya wo muri segiteri ya Rambura, mu ijoro ryo ku ya 6 Mata 1994 butaracya, Interahamwe zaraye zica Abatutsi, zitwika n’amazu yabo. Abatarapfuye muri iryo joro, bagerageje guhungira mu ishyamba rya Gishwati bamaramo nk’icyumweru, nyuma baza guhungira muri Zayire. Abatutsi bo muri iyi komini bari bazi ko interahamwe zahawe imbunda, gusa bari barabuze […]

Bujumbura: Umupolisi yarashe umunyonzi n’umugenzi yari atwaye

Umupolisi w’u Burundi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ushize, yarashe umunyonzi wari uhetse umugenzi bose arabakomeretsa mu gace ka Mutakura, muri Zone ya Cibitoke, mu majyaruguru y’Umujyi wa Bujumbura. Uyu mupolisi warashe abo bagabo babiri bari ku igare yabanje kuvugana n’umunyonzi amushinja kurenga ahantu amagare na moto bitemerewe kurenga muri icyo gice cy’umurwa […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza n’umugore we bagiye guhanwa kubera kwica amategeko

Polisi mu mujyi wa Londres yatangaje ko igiye guca amande abantu hafi 50, barimo Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid 19, aya makuru akaba yanemejwe n’ibiro bye. Umuvugizi w’Ibiro bya Ministiri w’Intebe yavuze ko Boris Johnson n’undi muminisitiri bamaze gushyikirizwa impapuro za polisi zibamenyesha ko polisi yiteguye kubafatira […]

U Burusiya buravuga ko butazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kubera imishyikirano

Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Mata 2022, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, yatangaje ko u Burusiya butazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kubera ibiganiro by’amahoro bizakurikiraho. Abayobozi b’u Burusiya bavuga ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bidatera imbere vuba nk’uko babyifuza, kandi bashinja Uburengerazuba kugerageza guhagarika imishyikirano mu kuzamura ibirego by’intambara barega ingabo […]

Le prĂ©sident rwandais attendu en JamaĂŻque pour une visite d’Etat de 3 jours

Le PrĂ©sident de la RĂ©publique du Rwanda, Son Excellence Paul Kagame, doit arriver sur l’Ăźle mercredi 13 avril pour une visite d’Etat de trois jours. Pendant son sĂ©jour en JamaĂŻque, le prĂ©sident Kagame devrait rendre visite au gouverneur gĂ©nĂ©ral, Son Excellence le trĂšs honorable. Sir Patrick Allen, et rencontrera le Premier ministre, le trĂšs honorable. […]

Kenya: Ihangana rya Ruto na Odinga rirakomeje mu gihe habura amezi mbarwa ngo amatora abe

Impande zitegura guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu muri Kenya, urwa Visi Perezida William Ruto n’urwa Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe bakajije umurego mu kugabanaho ibitero by’umuntu ku giti cye mu minsi yashize, bikomeje kuzamura umwuka mubi mu gihe habura amezi ane gusa kugirango amatora yo muri Kanama abe. Abayoboke ba Ruto, bakomeje kurakara bivuye […]

La France promet de juger un suspect de génocide tous les six mois

Le gouvernement français rĂ©flĂ©chit Ă  des moyens qui verront au moins deux suspects du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi jugĂ©s chaque annĂ©e, dans le cadre des efforts visant Ă  rendre justice aux plus d’un million de victimes. Cette dĂ©cision, selon l’ambassadeur de France au Rwanda, Antoine Anfre, intervient Ă  un moment oĂč la France […]

Mozambique: Kudahuza ibikorwa hagati y’Ingabo z’u Rwanda n’iza SADC, ingaruka ku mahoro arambye

Ingabo za SADC zoherejwe mu butumwa bwa SAMIM muri Mozambique zikomeje kuvugwaho kudahuza ibikorwa n’Ingabo z’u Rwanda, zose zifite intego imwe yo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, ndetse n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ibintu bibangamiye kugera ku mahoro arambye muri iki gice. Iyoherezwa ry’ingabo za SADC rigaragara mu nyandiko zemewe z’Umuryango wa Afurika […]

U Bufaransa bwahambirije abadipolomate batandatu b’Abarusiya buvuga ko ari intasi

Kuri uyu wa Mbere, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yatangaje ko abakozi batandatu b’u Burusiya (bivugwa ko ari intasi) biyita abadipolomate nka “persona non grata” cyangwa abantu batagifite ikaze mu Bufaransa nyuma y’iperereza ryakozwe n’inzego z’ubutasi zo mu gihugu ryanzuye ko barwanya inyungu z’u Bufaransa. Minisiteri yagize ati: “Nyuma y’iperereza rirerire cyane, Ubuyobozi bukuru bw’umutekano […]

Ituri: Inyeshyamba bikekwa ko ari iza ADF zishe abaturage byibuze 20

Inyeshyamba zikekwaho kuba zigendera ku matwara akaze ya Kisilamu zishe byibuze abasivili 20 mu bitero zagabye ku Cyumweru no ku wa Mbere, mu Ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko aba bagabye igitero bakekwaho kuba mu mutwe w’inyeshyamba za ADF ugizwe n’inyeshyamba z’Abagande zikorera mu burasirazuba bwa Congo kuva mu […]

Le prĂ©sident Kagame au Congo-Brazzaville pour une visite d’Etat de 3 jours

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en RĂ©publique du Congo pour une visite d’Etat de trois jours du 11 au 13 avril, selon la prĂ©sidence. Dans un communiquĂ©, le chef de l’Etat tiendra un tĂȘte-Ă -tĂȘte avec son homologue, Denis Sassou N’Guesso, suivi d’une rencontre bilatĂ©rale aux cĂŽtĂ©s d’autres dĂ©lĂ©gations. Les reprĂ©sentants des deux dĂ©lĂ©gations signeront […]

Kinshasa: Urukiko rwemeje ko urubanza rwa Vital Kamerhe rusubirwamo

Urukiko rusesa imanza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko rw’ubujurire rwa Kinshasa-Gombe, mu rubanza rwaciwe kuri uyu wa mbere, itariki ya 11 Mata, mu bujurire bwa Vital Kamerhe, rutegeka ko urubanza ruzasubirwamo. Nk’uko Urukiko rusesa imanza rubivuga, Urukiko rw’Ubujurire rwarenze ku ngingo ya 104 y’igitabo cy’amategeko ahana, rusuzuma dosiye igihe rutari […]

Nyarugenge: Hibutswe Abatutsi biciwe ku musozi wa Kana nyuma y’ inzira y’umusaraba

fqdufvixoam1cbg.jpg

Kuri uyu wa 11 Mata 2022, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa, yifatanyije n’abatuye mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho babanje gushyira indabo mu mugezi wa Nyabarongo/mu Nzove aharoshywe Abatutsi batagira ingano. Uhagarariye Ibuka mu Kagari ka Nyamweru mu Murenge wa […]

Kinshasa: Vital Kamerhe arongera gusaba kugirwa umwere mu rukiko rusesa imanza

Vital Kamerhe wahoze ari umuyobozi mukuru w’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo aracyataka ko ari umwere nyuma yo guhamwa n’icyaha ku rwego rwa mbere n’urwa kabiri. Uyu muyobozi w’ishyaka, Union pour la Nation Congolaise “UNC” yari yatanze icyifuzo cyo gusuzuma ubujurire bwe mu Rukiko Rusesa Imanza. Muri urwo rwego […]

Urugomo n’ubwicanyi byakorewe Abatutsi muri Cyangugu nyuma y’urupfu rwa Bucyana wari Perezida wa CDR

Nyuma y’amezi make habaye urupfu rwa Perezida w’Uburundi Ndadaye Melchior, urupfu rwakurikiwe n’umwuka mubi hirya no hino muri Perefegitura ya Cyangugu, uwitwa Bucyana Martin wari Perezida wa CDR nawe yishwe ku wa 22 Gashyantare 1994, yicirwa i Butare hafi y’i Mbazi muri Save. Amaze kwicwa hahise hakwirakwizwa ibinyoma ko yishwe n’Abatutsi, maze inkuru ihita igera […]

France: Emmanuel Macron na Marine Le Pen bagiye guhurira mu cyiciro cya 2 cy’amatora

Kuri iki Cyumweru gishize, perezida ucyuye igihe w’u Bufaransa hamwe n’umukandida bahanganye, Marine Le Pen, bagiye guhurira mu cyiciro cya kabiri cy’amatora y’umukuru w’igihugu, nyuma yo guhigika mu cya mbere Jean-Luc MĂ©lenchon wagize amajwi 21.95%. Ni mu gihe Macron yagize 27,6% naho Marine Le Pen agira amajwi 23.41%. Bigiye kugenda nk’uko byagenze mu matora yo […]

Tariki 11 Mata 1994: Umunsi Abatutsi bari bahungiye muri ETO batereranywe n’Ababiligi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 11 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hakomeye hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Ingabo z’Ababirigi zataye impunzi z’Abatutsi muri ETO Kicukiro, bicirwa i Nyanza ya Kicukiro Mu kigo cy’ishuri […]

RDC: Umushinwa wakoreraga COOMEC yishwe arashwe n’abantu bitwaje intwaro

Umuturage w’Umushinwa, wakoreraga Koperative y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu burasirazuba bwa Congo (COOMEC), kuri iki Cyumweru, itariki 10 Mata 2022 yishwe n’abantu bitwaje intwaro bataramenyekana mu gace ka Moku gaherereye muri Teritwari ya Watsa, mu Ntara, mu Ntara ya Haut- UĂ©lĂ©. Aya makuru yatangajwe n’itangazamakuru ryo muri iki gihugu avuye kuri Perezida w’Inama y’Ubuyobozi ya COOMEC. […]

Amafaranga 20 akoreshwa muri Afurika afite agaciro kurusha ayandi

lib-50-front.png

Kugira ifaranga rikomeye bivuze ko biba bihendutse gutumiza ibicuruzwa. Ibi bivuze kandi ko rivunjwa ku rwego rwo hejuru kuruta mbere. Iyo uburyo bwo guhahirana bw’igihugu bukomeye, bigabanya ihindagurika ry’isoko ry’imbere. Dore amafaranga yari akomeye muri Afurika muri 2021 n’uko avunjwa mu Madolari ya Amerika 1. Dinar rya Libya (1 USD = 1,41 LYD) 2. Dinar […]

Ishyamba si ryeru hagati ya Youtube n’u Burusiya nyuma yo gufunga umuyoboro w’inteko

Abayobozi b’u Burusiya biyemeje gukomanyiriza urubuga rwa Youtube nyuma y’aho rufashe icyemezo cyo gufunga umuyoboro w’inteko ishinga amategeko y’iki gihugu. YouTube yatangaje kuri uyu wa Gatandatu ko ihagaritse guhitisha ibiganiro by’umuyoboro wa Televiziyo Duma (y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Burusiya) kubera ko byarenze ku mabwiriza YouTube igenderaho. Kugeza ubu YouTube yokejwe igitutu n’abategetsi n’ikigo gishinzwe kugenzura […]

Impamvu 10 zishobora gusunikira amahanga mu Ntambara ya Gatatu y’Isi

slide_1.jpg

Umuryango w’Abibumbye washingiwe guhagarika no gukumira amakimbirane ayo ari yo yose ku Isi, nyamara ubwiyongere bw’iterabwoba riherutse kuba ryateje ibibazo mu bantu ku bijyanye n’Intambara ya Gatatu y’Isi yose. Uburezi n’ubufasha ntabwo ari cyo gisubizo kuko iterabwoba ntiriva mu bihugu bikennye gusa. Mu by’ukuri, abantu barenga 600 baturutse muri Amerika ya ruguru binjiye muri Islamic […]

Imran Khan wari Minisitiri w’Intebe wa Pakistan yegujwe ku mirimo ye

Kuri iki Cyumweru, Imran Khan yirukanwe ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe wa Pakisitani nyuma y’uko inteko ishinga amategeko imutereye icyizere na nyuma y’ibyumweru byinshi by’imvururu za politiki. Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Mata, hazatorwa Minisitiri w’Intebe mushya, aho Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’Abayisilamu muri Pakisitani-N (PML-N), Shehbaz Sharif, byanze bikunze ashobora gutorwa kugira ngo ayobore igihugu […]

RDC: Inyeshyamba za M23 zigaruriye ibindi bice birimo Gasiza, Bugusa na Basare

Imirwano yasubukuwe ku wa Kabiri hagati y’umutwe wa M23 na FARDC yarakomeje kuri uyu wa Gatandatu nko mu birometero cumi na bitanu uvuye mu Mujyi wa Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ingabo za leta ziragerageza kwigarurira uturere twigaruriwe n’inyeshyamba mu gihe zikomeza gufata utundi. Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyageragezaga kwirukana inyeshyamba […]

Tariki ya 10 Mata 1994: Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda […]

Will Smith yakumiriwe imyaka 10 muri Oscars kubera urushyi yateye Chris Rock

Will Smith yahagaritswe imyaka 10 atitabira ibirori byo gutanga ibihembo bya Oscars, nyuma y’ibyumweru bitageze kuri bibiri uyu mukinnyi wa filimi w’Umunyamerika akubitiye urushyi umunyarwenya Chris Rock kuri stage. Kuri uyu wa Gatanu, itariki 08 Mata, nyuma y’inama y’ubuyobozi bwa Academy ya Motion Picture Arts and Sciences itanga ibihembo bya Oscars, hatangajwe ko Smith atazanemererwa […]

Guinea: Alpha Conde wahiritswe yasubiye mu gihugu nyuma y’amezi muri UAE

Alpha Conde wahoze ari Perezida wa Guinea mbere yo guhirikwa ku butegetsi n’abasirikare mu mwaka ushize, kuri uyu wa Gatanu ushize yasubiye mu gihugu cye nyuma y’amezi atatu ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, aho yari yaragiye kwivuriza. Conde yabaye perezida wa mbere wa Guinea watowe binyuze mu nzira ya demokarasi mu 2010. Ariko, ku […]

Masisi: Haravugwa ifatwa ry’Abanyarwanda 2 bashinjwa guhungabanya umutekano

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 8 Mata 2022, abashinzwe umutekano hafi ya Mweso, muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru, bataye muri yombi abantu babiri bivugwa ko ari Abanyarwanda bakekwaho kugira uruhare mu guhungabanya umutekano. Nk’uko byatangajwe na Komanda wa Komisariya ya Polisi y’igihugu cya Congo (PNC) muri Mweso avugana […]

Kagame explique pourquoi l’APR ne s’est pas vengĂ©e des tueries des Tutsi

fpvkzbrxsasfio1.jpg

Aujourd’hui, le Rwanda et le monde cĂ©lĂšbrent la 28e commĂ©moration du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. Le prĂ©sident Kagame a expliquĂ© pourquoi les rebelles du Front Patriotique Rwandais ont choisi de ne pas se venger. L’Ă©vĂ©nement pour commencer la semaine de deuil national a eu lieu au MĂ©morial du gĂ©nocide de Kigali. L’Ă©vĂ©nement a […]

Uvira: RED-Tabara irashinjwa gusahura inka zisaga 500 z’Abanyamulenge

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Kiziba, muri Gurupoma ya Bijombo, muri Teritwari ya Uvira (Kivu y’Amajyepfo) mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bavuga ko kuri uyu wa Gatatu ushize, inyeshyamba z’Abarundi zo mu mutwe witwaje intwaro wa Red Tabara zasahuye inka zirenga 500. Uyu mutwe w’inyeshyamba nturagira icyo uvuga kuri ibyo birego. Bamwe […]

“La Maison Française” ya Kaminuza ya New York igiye guha icyubahiro Louise Mushikiwabo

“La Maison Française” ya Kaminuza ya New York igiye guha icyubahiro Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie, muri Gala (Gala Benefit) izaba ku itariki ya 16 Mata 2022. Iyi Gala ikusanyiriza inkunga kimwe mu bigo bikora cyane ibijyanye n’ubutwererane mu by’ umuco n’ubwenge hagati y’Isi ivuga igifaransa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’uko […]

Perezida Museveni yazamuye mu ntera ba Ofisiye 76 barimo Col. Rugumayo wa CMI

Perezida Museveni, akaba n’umugaba w’ikirenga w’Ingabo za Uganda, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 76 ba UPDF bo mu nzego zitandukanye. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa tweet rw’umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo, Perezida yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo umuyobozi wungirije ushinzwe iperereza rya gisirikare (CMI), Col Abdul Rugumayo, wagizwe Brig. General. “Nyakubahwa Perezida akaba n’Umugaba w’Ikirenga […]

Uwahoze ari Perezida wa Burkinafaso uherutse guhirikwa yarekuwe

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 6 Mata, umuvugizi wa Guverinoma ya Burkifaso, Lionel Bilgo, yatangaje irekurwa ry’uwahoze ari Perezida Roch Marc Christian KaborĂ©. Uyu yatawe muri yombi ku ya 24 Mutarama, nyuma y’ihirika ry’ubutegetsi rya gisirikare riyobowe na Lt. Col. Paul-Henri Sandaogo Damiba. Ni ibyishimo ku bantu bari bategereje batihanganye irekurwa ry’uwahoze ari perezida […]

RDC: Undi musirikare wa MONUSCO yiciwe hafi ya Ituri

MONUSCO yongeye kujya mu cyunamo nyuma y’aho umwe mu basirikare bayo yongeye kwicirwa mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Kabiri ushize. MONUSCO iri mu bihe bitoroshye. Icyumweru kimwe nyuma y’impanuka ya kajugujugu yahitanye abasirikare bayo umunani muri Tshanzu, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, undi musirikare w’Umuryango w’Abibumbye yaguye, na none kuri uyu wa […]

Ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku mugabane wa Afurika

egyptian-armed-forces-fd0463d4-717d-4027-ae81-9eda2dbfdf0-resize-750.jpg

Mu gihe hari impungenge ko hashobora kubaho Intambara ya gatatu y’Isi yose nyuma y’amakimbirane mashya nk’ibitero by’u Burusiya muri Ukraine, ushobora kuba wibaza igihugu cya Afurika gifite ingabo nyinshi. Twifashishije Business Insider Africa, twifuje kukugezaho urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku mugabane. 1. Misiri Abasirikare bose: 1.300.000 Abari mu kazi: 438,500 Abitwara […]

Zimwe mu mpunzi z’Abanyarwanda ziba muri Mozambique zigiye gutangira gutaha

Itsinda ry’impunzi z’Abanyarwanda ziba muri Mozambike zatangiye gusubira mu gihugu cyazo nyuma y’imyaka hafi mirongo itatu mu buhungiro. Hagati ya Mata na Kamena 1994, Abanyarwanda basaga miliyoni bishwe mu gihe cy’iminsi 100 muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Abandi babarirwa muri za miriyoni bahungiye mu bihugu by’ibituranyi no hanze yabyo. Abategetsi ba Mozambike bavuga ko muri iki […]

Papa Fransisiko yasomye ibendera rya Ukraine yamagana ubwicanyi bwakorewe muri Bucha

pope-kisses-ukrainian-flag-and-condemns-the-massacre-of-bucha.jpg

Umushumba wa Kiliziya Gaturika, Papa Fransisiko, kuri uyu wa Gatatu yasomye ibendera rya Ukraine yohererejwe riturutse ahitwa Bucha, yamagana ubwicanyi bwahakorewe bwasize imirambo magana ku mihanda n’indi myinshi mu mva rusange. Yabivuze mu ijambo akunze kuvuga buri nshuro mu cyumweru, aho yagize atya akazingura ibendera yavuze ko yohererejwe riturutse mu “Mujyi w’abahowe Imana” wa Bucha. […]

Le Rwanda devient le premier pays africain Ă  lancer un centre dĂ©diĂ© Ă  l’intelligence artificielle

La nĂ©cessitĂ© est la mĂšre de l’invention, et le gouvernement rwandais semble le comprendre plus que quiconque avec le lancement du Centre de la quatriĂšme rĂ©volution industrielle (C4IR). “Avec l’avĂšnement de la quatriĂšme rĂ©volution industrielle et les innovations rapides observĂ©es lors de la pandĂ©mie de Covid-19, il est de plus en plus urgent de dĂ©velopper […]

Umuyobozi w’ibitaro bya mbere biteye imbere mu Burundi ari mu maboko y’urwego rw’ubutasi

bdi_kira_hospital_burundi_006-960x500.jpg

Dr. Christophe Sahabo ukuriye ibitaro bya mbere biteye imbere mu gihugu cy’u Burundi bizwi nka Kira Hospital afungiye muri kasho y’ubutasi bw’igihugu (National Intelligence Service) mu murwa mukuru w’ubukungu Bujumbura kuva ku wa gatanu ushize. Mu mpera z’icyumweru gishize, yamenyesheje Inama y’Ubuyobozi ko yeguye ku mirimo ye ariko amakuru avuga ko yabihatiwe. Ku wa Gatandatu, […]

Ingabo za Amhara n’iza Leta ya Ethiopia zirashinjwa itsembabwoko muri Tigray – Raporo

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 06 Mata 2022 imiryango ibiri y’ingenzi iharanira uburenganzira bwa muntu yashinje umutwe witwara gisirikare wo mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia, kuba zaratangije ubukangurambaga bwo gutsemba ubwoko bw’Abanya-Tigray mu ntambara imaze guhitana abasivili ibihumbi n’ibihumbi abasaga miliyoni bakavanwa mu byabo. Amnesty International and Human Rights Watch (HRW) byavuze muri raporo […]

RDC: Uwahoze ari umujyanama wa perezida yaraye muri Gereza Nkuru ya Makala

Nyuma y’amezi hafi abiri afungiwe muri kasho z’Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR), François Beya, wahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Mata, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Makala. Umuryango wiyemeje guharanira irekurwa rye “ Free François Beya” watangaje ko dosiye y’uyu wari umujyanama wa perezida mu by’umutekano yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha […]

Nancy Pelosi, umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Amerika wisanze ahetse igihugu ku ya 6 Mutarama 2021

t_c44c5d8af27a43c08a8d31d7cdcfb7dd_name_pelosi_family_thumb_scaled.jpg

Nancy Pelosi ufatwa kugeza ubu nk’umugore wa mbere w’igihangange muri politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni Perezida wa 52 w’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Umutwe w’Abadepite, akaba yarakoze amateka mu 2007 ubwo yatorewe kuba umugore wa mbere wabaye Perezida w’Inteko. Ku ya 3 Mutarama, uyu mugore ugeze mu zabukuru uhagarariye Ishyaka ry’Abademokarate muri […]

Urukundo rutangaje rwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine

olena-zelenska.jpg

Amateka n’ubuzima bwa Olena Zelenska na Perezida Volodymyr Zelensky, uyu munsi bahanganye n’ibitero by’u Burusiya buyobowe na Vladmir Putin bimaze igihe kirekire kuko bakundanye bakiri bato. Uko Olena Zelenska na Zelensky bahuye mu bwana bwabo kugera bakundanye Olena Volodmyrivna Zelenska yavukiye muri Ukraine ku itariki ya 6 Gashyantare 1978 ubu afite imyaka 44 y’amavuko kimwe […]

Gisagara: Imvura ikabije yasenye inzu z’abaturage inibasira amashuri

Inzu zisaga 20 zasenyutse, ibindi bikorwa bitandukanye birangirika mu Murenge Gishubi mu Karere ka Gisagara nyuma y’imvura ikabije yaguye kuri uyu wa Mbere. Abasenyewe ndetse n’abafite ibyabo byangiritse kuri ubu barasaba inkunga nyuma yo gusigwa iheruheru n’iyi mvura. Abaturage bavuga iyi mvura yatangiye kugwa ahagana saa saba zishyira saa munani za nimugoroba, aho bemeza ko […]

Miliyoni 26 z’abatuye Shanghai muri guma mu rugo nyuma y’ubwandu bushya busaga 13,000

Kuri uyu wa Kabiri, abategetsi b’u Bushinwa bongereye igihe cya guma mu rugo muri Shanghai kugira ngo babashe kugera ku bantu miliyoni 26 bayituye, nyuma y’isuzuma ryakozwe mu mujyi hose ryerekanye ubwandu bushya bwa COVID-19 ku barenga 13.000 mu gihe uburakari bw’abaturage bwiyongera ku mategeko y’akato. Ubu guma mu rugo yakwiriye umujyi wose nyuma y’amabwiriza […]

La Zambie et le Rwanda signent 7 accords pour approfondir la coopération bilatérale

La Zambie et le Rwanda ont signĂ© lundi sept accords visant Ă  approfondir la coopĂ©ration bilatĂ©rale entre les deux pays. Le prĂ©sident zambien Hakainde Hichilema et son invitĂ© Paul Kagame ont assistĂ© Ă  la cĂ©rĂ©monie de signature qui s’est tenue Ă  l’hĂŽtel Avan dans la ville mĂ©ridionale de Livingstone et diffusĂ©e en direct sur diverses […]

Koreya ya Ruguru ivuga ko izakoresha intwaro kirimbuzi nishotorwa n’amajyepfo

Mushiki wa Kim Jong Un, umuyobozi wa Koreya ya Ruguru yateye ubwoba Koreya y’Epfo avuga ko batazazuyaza gukoresha intwaro za kirimbuzi niyishotora nyuma y’aho Seoul imaze kwerekana ubushobozi bwayo bwo kugaba ibitero mu majyaruguru. Kuri uyu wa Kabiri, Kim Yo Jong mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ibitangazamakuru bya leta ya Koreya ya Ruguru, yavuze ko Minisitiri […]