H. VĂ©drine arasabwa kwegura ku buyobozi bwa Rencontres d ‘Arles kubera ibyo yavuze kuri jenoside

Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Hubert VĂ©drine, yabaye intandaro y’impaka za ngo turwane nyuma y’amagambo yatangaje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, aho abahanga mu by’amateka n’abahanzi basaba ko yakwegura mu nama y’ubuyobozi ya rimwe mu maserukiramuco manini y’amafoto ku isi, (festivals de photographie) izwi nka Rencontres d ‘ Arles. Iri serukiramuco rizabera […]

Perezida Paul Kagame yakiriwe na mugenzi we Felix Tshisekedi mu Mujyi wa Goma

e4zjpyuxwaexsng.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yasesekaye mu Mujyi wa Goma, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatandatu mu masaha ya saa saba, aho agiye kwishyura mugenzi we, Felix Tshisekedi wari mu Mujyi wa Rubavu, kuri uyu wa Gatanu. Nk’uko byagenze kuri uyu wa Gatanu, Perezida Tshisekedi nawe akaba yagiye mu imodoka imwe […]

Belarusse: Umunyamakuru wafashwe akuwe mu ndege yarekuwe nyuma y’igihe gito yemeye ibyaha

eee210d4-a6f3-40ff-8ccb-169552042fc4.jpg

Umunyamakuru, Roman Protasevich utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Belarusse wafashwe akuwe mu ndege ya Ryanair yahatiwe kugwa ku kibuga cy’indege cya Minsk, yemerewe gusohoka aho yari afungiye mu rugo nyuma y’ibyumweru bike yihannye ku kuri televiziyo ya Leta akemera ko yakoze ibyaha. Iyi ndege yahatiwe kugwa n’indege z’intamba ra za Belarusse yari ivuye Athens mu Bugiriki […]

Burundi: Ngo ubwicanyi bwo muri 72 ni Jenoside yakorewe Abahutu, abandi ngo ubwo muri 93 n’iyakorewe Abatutsi

Umuvugizi wa Leta y’u Burundi, Prosper Ntahorwamiye kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Kamena 2021 yemeje ku mugaragaro ko Leta y’u Burundi ifata ubwicanyi bwo mu 1972 nka Jenoside yakorewe Abahutu. Ni mu kiganiro abavugizi b’inzego za leta harimo n’uw’umukuru w’igihugu bahaye itangazamakuru mu Ntara ya Makamba mu majyepfo y’u Burundi, aho uyu muvugizi wa […]

U Burusiya buti ubutaha tuzarasa ubwato bwanyu, Gen Sir Carter nawe ati ikosa rito rizateza intambara yeruye

U Burusiya bwaburiye u Bwongereza kuri uyu wa Kane ushize bububwira ko ubutaha buzarasa ubwato bwabwo nibwongera gukora ibikorwa by’ubushotoranyi buvogera amazi yabwo mu Nyanja y’Umukara (Black Sea) ku nkengero z’Intara ya Crimea, u Burusiya bwigaruriye buyatse Ukraine mu 2014. U Burusiya bwahamagaje Ambasaderi w’u Bwongereza I Moscow bumuha ubutumwa bwo kwihaniza guverinoma y’igihugu cye […]

RDC: Abasirikare 2 barimo ofisiye barakekwaho kugurisha imbunda ku nyeshyamba

Abasirikare babiri mu Ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo “FARDC” bitabye urukiko rwa gisirikare rwa Ituri kuri uyu wa Gatanu, itariki 25 Kamena, ahatangijwe urubanza bakurikiranwemo icyaha cyo gutakaza intwaro zabo. Umugenzuzi mukuru wa gisirikare, Colonel Joseph Makelele, avuga ko aba basirikare barimo liyetona-koloneli hamwe na Adjudant bakurikiranyweho kubura intwaro. Avugana n’itangazamakuru Col. Makelele […]

Amafoto: Perezida Kagame na Tshisekedi baganiriye amasaha 2 ubutaha bazahurira i Goma

e4vaufkweaa7ipy.jpg

Nyuma yo kwakira mugenzi we wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi ku mupaka wa La Corniche uhuza Umujyi wa Goma n’uwa Rubavu, Perezida wa Repubulika Paul Kagame na mugenzi we bagiranye ibiganiro byamaze amasaha abiri nk’uko bitangazwa na perezidansi ya RDC. Nta tangazo rirashyirwa ahagaragara ku byo abakuru b’ibihugu byombi baganiriye, gusa iyi […]

Ihere ijisho isura y’Umujyi wa Nyagatare mu myaka iri imbere nk’umujyi wunganira Kigali

img-20210623-wa0004.jpg

Akarere ka Nyagatare kuri uyu wa Gatatu ushize kemeje igishushanyo mbonera kivuguruye kigaragaza isura y’Umujyi wa Nyagatare mu gihe kiri imbere, aho ugereranyije n’igishushanyo mbonera cyo mu 2018 hari ibindi byongewemo bijyanye no kubungabunga ibidukikije, ibijyanye n’ubukerarugendo ndetse n’icyanya cyahariwe inganda. Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare buvuga ko iki gishushanyo cyatunganyijwe nyuma y’aho uyu mujyi ugizwe […]

Abanyarwanda 20 buri munsi bafatwa binjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko – UPDF

Maj. Gen. Francis Takirwa, Komanda wa division ya 2 y’ingabo za Uganda, UPDF, aravuga ko inzego z’umutekano zifata buri munsi Abanyarwanda basaga 20 binjira muri Uganda banyuze mu nzira zitemewe n’amategeko. General Takirwa avuga ko abo bantu binjira binyuranyije n’amategeko ahanini bafatirwa mu bice byegereye umupaka wa Mirama, muri Ntungamo na Ishasha, mu Karere ka […]

Kagame va recevoir Tshisekedi Ă  Rubavu

Le prĂ©sident Paul Kagame devrait recevoir aujourd’hui le prĂ©sident de la RDC FĂ©lix Tshisekedi au poste frontiĂšre unique de la Corniche. Tshisekedi est dans le pays pour une visite de travail d’une journĂ©e au Rwanda. Les deux chefs d’Etat visiteront la ville de Rubavu pour Ă©valuer les dĂ©gĂąts causĂ©s par les rĂ©cents tremblements de terre […]

Ibihugu by’u Burayi ntacyo bifite byigisha u Burundi – Minisitiri Albert Shingiro

Nyuma y’aho hateguriwe icyiciro cya gatatu cy’ibiganiro bihuza Leta y’u Burundi n’abahagarariye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri iki gihugu hagamijwe kureba uko ibihano uyu muryango wagifatiye byakurwaho, minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Albert Shingiro ari nawe uhagarariye guverinoma muri ibyo biganiro, aravuga ko mu byo barimo gusabwa n’uyu muryango ntacyo bagiye gukora kuko ngo ibihugu by’i Burayi […]

Lubumbashi: Abasirikare bishe umuvunjayi n’umuvandimwe we mbere yo kubiba amafaranga

Umuvunjayi n’umuvandimwe we b’I Lubumbashi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kamena 2021 baraye bishwe barashwe n’abasirikare ba FARDC banabibye amafaranga bari bafite. Nk’uko abatangabuhamya batandukanye babitangaza, ibi ngo byabaye ku isaha ya saa moya ku mihanda ya Biayi, hafi y’urusengero rwo muri Komini ya Lubumbashi, […]

Entreprise énergétique locale va emprunter de 6,5 milliards de FRW

Entreprise Ă©nergĂ©tique locale, Energicotel (ECTL), a prĂ©sentĂ© des plans pour emprunter 6,5 milliards de Frw au public. Le producteur d’Ă©lectricitĂ© indĂ©pendant et sociĂ©tĂ© de conseil en ingĂ©nierie a dĂ©clarĂ© dans un communiquĂ© qu’il avait reçu l’approbation rĂ©glementaire pour Ă©mettre une obligation d’entreprise Ă  10 ans. L’obligation, a indiquĂ© la sociĂ©tĂ©, sera cotĂ©e et nĂ©gociĂ©e Ă  […]

Abasirikare benshi ba Kenya bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu

Byibuze abasirikare 10 ba Kenya kuri uyu wa Kane, itariki 24 Kamena 2021 bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu yari ibatwaye ubwo yari irimo kururuka hafi y’umurwa mukuru, Nairobi nk’uko byatangajwe n’igisirikare. Iyi kajugujugu yo mu bwoko bwa Mi 171 E y’Igisirikare cyo mu kirere cya Kenya yakoze impanuka ahagana saa tatu mu karere ka Kajiado, […]

Umupolisi yateye mugenzi we icyuma arapfa nyuma yo kumuhagarika akanga

Igipolisi mu Karere ka Luweero cyataye muri yombi abapolisi bacyo babiri nyuma y’urupfu rwa mugenzi wabo bivugwa ko yaterewe icyuma kizwi nka ‘bayonet’ kuri bariyeri ya Kiziiri ubwo yari atwaye moto. SPC (Special Police Constable) Kasimu Luyinda (uri ku ifoto) bivugwa ko yatewe icyuma saa saba z’amanywa kuri uyu wa Gatatu agitewe n’umwe mu bapolisi […]

Mushikiwabo yigiriye muri Gabon kumva impamvu ishaka kwinjira muri Commonwealth

e4ltp9qwqamfl0b.jpg

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo, yimanukiye yerekeza i Libreville muri Gabon agiye kutega amatwi Perezida Ali Bongo, ngo yumve impamvu iki gihugu gishishikajwe cyane no kwiyunga ku muryango w’ibihugu byahoze bikolonijwe n’u Bwongereza cyangwa bikoresha ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwa twitter, Perezida wa Gabon wakiriye umuyobozi […]

Amateka y’Umunyamideli Coco Chanel wanabaye intasi y’Abanazi agasibanganya ibimenyetso

dkm7vzww0aagfn8.jpg

Azwiho kuba ari we wazanye ikanzu izwi nka ‘little black dress”, udukoti two kwambara tw’abagore, umubavu uzwi nka Chanel No 5 n’ibindi, akaba yarashimiwe guhindura imyambarire igezweho y’umugore wo mu kinyejana cya 20, aho zina rye rikunda kugaruka mu rwego rw’imideli, nta wundi rero ni Coco Chanel, umunyamideli n’umucuruzi nyiri Brand ya Chanel wamamaye mu […]

Somalia: Al-Shabab yigaruriye umujyi wari urinzwe n’Ingabo za Uganda

Abarwanyi ba Al-Shabab bigaruriye umujyi wo muri Somalia wari urinzwe n’ingabo za Uganda zo muri Amisom nyuma y’igihe gito zihavuye zikawusiga mu maboko y’ingabo z’iki gihugu. Izi ngabo za Uganda zari zavuye mu birindiro byazo biherereye Marianguwaay byo mu ntara ya Lower Shabelle zibisigira ingabo za Guverinoma ya Somalia. Brig. Gen. Don Nabasa wa UPDF […]

Huye: Umugabo w’imyaka 46 akurikiranweho icyaha cyo gutwika umugore we

Umugabo wo mu karere ka Gisagara akurikiranweho n’ubushinjacyaha icyaha cyo gutwika umugore we avuga ko yagitewe n’inzoga. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Huye bukaba bukurikiranye uyu mugabo w’imyaka 46 ukekwaho kuba yaratwitse umugore we w’imyaka 38 y’amavuko, amushyize mu ziko. Iki cyaha cyakozwe ku itariki 08 Kamena 2021 mu gihe cya saa munani z’amanywa mu […]

Ituri: Monusco yasubije inyuma igitero cy’inyeshyamba ku birindiro byayo

Ingabo za MONUSCO zasubije inyuma igitero cyagabwe n’inyeshyamba za CODECO mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 22 rishyira ku wa Gatatu 23 Kamena 2021, mu karere ka Rhoo muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Ushinzwe amakuru rusange y’ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye muri Ituri, ashimangira ko izo nyeshyamba zatangiye kurasa amasasu ku birindiro […]

U Burusiya bwakoresheje za bombe mu gusubiza inyuma ubwato bw’Abongereza

U Burusiya buratangaza ko ingabo zabwo zarashe amasasu yo kuburira ndetse zigatera za bombe kugira ngo zibuze ubwato bwa gisirikare bw’u Bwongereza kwinjira mu mazi y’inyanja y’umukara kuri uyu wa Gatatu, ibintu u Bwongereza buhakana ko byabaye. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya ivuga ko ubwato bw’igisirikare cyo mu mazi cy’u Bwongereza, HMS Defender “bwabanje guhabwa umuburo […]

Igikomangoma Charles cyahaswe ibibazo ku kugira uruhare mu rupfu rwa Diana

Igikomangoma Charles cyahaswe rwihishwa ibibazo n’Igipolisi cy’u Bwongereza mu 2005 kubera ibirego byavugaga ko ari cyo cyateguye umugambi wo kwica uwahoze ari umugore we, Igikomangomakazi Diana. Ku wa mbere, John Stevens wahoze ayobora Igipolisi cy’u Bwongereza kizwi nka Scotland Yard, yatangarije ikinyamakuru DailyMail cyo mu Bwongereza ko yagombaga “gukurikira ibimenyetso” no kubaza igikomangoma cya Wales […]

Mu mashuri 10 ya gisirikare meza ku Isi harimo rimwe gusa ryo muri Afurika

members-colour-guard-west-point-united-states.jpg

Amashuri y’ubuyobozi bwa gisirikare kugeza ubu yakomeje kuba imwe mu miyoboro mu gutegura abayobozi b’igihugu ku Isi bagiye bagirira akamaro ibihugu byabo ndetse n’Isi muri rusange. Hano hari amwe mu mashuri meza ya gisirikari ariho ku Isi kugeza ubu nk’uko tubikesha militarymedia.net. 1. United States Military Academy (West Point) Iri shuri ritanga integanyanyigisho yuzuye igamije […]

Abasirikare bavuye mu Ishuri rya gisirikare rya Bangladesh bari mu rugendoshuri mu Rwanda

e4foz2ywyaq9i2g.jpg

Intumwa z’abasirikare bakuru 47 baturutse mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Bangladesh ( Bangladesh National Defence College) ziri mu Rwanda mu rugendoshuri mu Rwanda kuva ku itariki ya 20 kugeza ku ya 24 Kamena 2021. Iri tsinda rigizwe n’abanyeshuri baturutse mu bihugu bitandukanye birimo Bangladesh, u Buhinde, Malaysia, Nepal, Indonesia na Sudani y’Epfo. Izi ntumwa […]

Uganda: Abaminisitiri hafi 20 ntibarahiye kubera impamvu zifitanye isano na Covid-19

Abagize guverinoma nshya ya Uganda bagera muri 17 bananiwe kwitabira umuhango w’irahira kuwa mbere ushize , aho bamwe bananiwe kugera aho bagombaga kurahirira ku Rubuga rw’Ubwigenge rwa Kololo kubera ko bamwe bishyize mu kato kubera guhura n’abanduye Covid-19, abandi barimo kuvurwa, mu gihe abandi bapfushije ababo n’izindi mpamvu. Uza imbere ku rutonde rw’abo baminisitiri batabashije […]

Uwahoze ari Perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Abdelaziz yafunzwe

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 22 Kamena, umucamanza w’iperereza w’urukiko rwa Nouakchott, umurwa mukuru wa Mauritania, wumvise uwahoze ari perezida wa Mauritania, Mohamed Ould Abdelaziz, yahisemo kumufunga. Hafashwe ingamba zikomeye z’umutekano zari zakajijwe mu nkengero z’urukiko mu gihe cy’iburanisha ry’uwahoze ari umukuru w’igihugu, hamwe no gutangaza icyemezo cyo kumusubiza muri gereza. Ould Abdelaziz azashyirwa […]

Covid-19: 4 pays dont le Rwanda considérés comme des pÎles de production de vaccins

L’Afrique travaille avec l’Union europĂ©enne et d’autres partenaires pour aider Ă  crĂ©er des centres rĂ©gionaux de fabrication de vaccins en Afrique du Sud, au SĂ©nĂ©gal et au Rwanda, avec le Nigeria Ă  l’Ă©tude, a dĂ©clarĂ© le directeur gĂ©nĂ©ral de l’Organisation mondiale du commerce, Ngozi Okonjo-Iweala. “Nous avons maintenant vu qu’une centralisation excessive de la capacitĂ© […]

Putin yagaragaje uruhare rwa USA mu gutuma Ukraine yamburwa Intara ya Crimea

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, avuga ko imyivumbagatanyo y’abaturage yo mu 2014 yatumye uwahoze ari Perezida wa Ukraine, Viktor Yanukovich yirukanwa ku butegetsi, yari yihishwe inyuma na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ibihugu zishyigikiye by’i Burayi kuko yifuzaga ubufatanye bukomeye mu karere igihugu cye giherereyemo. Nk’uko Putin yabitangarije ikinyamakuru cyo mu Budage, Die Zeit, avuga […]

Abakuru b’ibihugu baranzwe n’ubujura bukabije mu mateka mu myaka ya vuba

mohamed_suharto.jpg

Iyo usomye ingingo iyo ari yo yose yerekeye gukumira cyangwa kurwanya ruswa, ikintu cya mbere uzabwirwa ni uko ‘ubushake bwa politiki’, cyangwa imvugo iri hejuru, ari ishingiro ry’ibikorwa byose bigamije kurwanya ruswa. Ariko se wavuga iki mu gihe umuyobozi w’igihugu, imyitwarire n’ubunyangamugayo bigomba kuba bidashidikanywaho, ari we ufata iya mbere mu kurya ruswa no kunyereza […]

Perezida Duterte yahitishijemo Abanyafilipine urukingo cyangwa gufungwa

Perezida wa Philippines, Rodrigo Duterte, ukunze gufata ibyemezo bikavugisha Isi yose, kuri iyi nshuro aravuga ko umuntu uri mu gihugu cye utazamera urukingo rwa Covid-19 azajya amufunga. “Urahitamo, urukingo cyangwa ngufungishe,” aya ni amagambo ya Duterte kuri uyu wa Mbere mu kiganiro kuri televiziyo y’igihugu. Igihugu cya Philippines kimaze kubonekamo abantu 1,300,000 banduye Covid-19 abagera […]

Germain Rukuki wari warakatiwe imyaka 32 yagabanyirijwe igihano kigera ku mwaka

Ubutabera bw’u Burundi bwafashe icyemezo cyo kugabanyiriza igihano impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Germain Rukuki, wari warakatiwe imyaka 32 y’igifungo mu 2018 gishyirwa ku mwaka umwe. Uyu mugabo wari umaze imyaka itatu muri gereza yakoreye umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, ACAT, akaba yarakatiwe gufungwa imyaka 32 azizwa guhungabanya umutekano w’igihugu no kwigomeka ku butegetsi. Ubwo yatabwaga […]

Mu bihugu 4 birimo u Rwanda harigwa uko hashingwa inganda zikora inkingo za Covid-19 – WTO

Umuyobozi mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubucuruzi, WTO, Ngozi Okonjo-Iweala, yatangaje ko Afurika irimo gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ndetse n’abandi bafatanyabikorwa mu gufasha gushyiraho ihuriro ry’inganda zikora inkingo mu rwego rw’uturere muri Afurika yepfo, Senegali n’u Rwanda, hamwe na Nigeria. Nk’uko tubikesha Reuters, kuri uyu wa Mbere Madamu Okonjo-Iweala yagize ati: ” Ubu twabonye ko gushyira […]

Uganda: Yashyizemo impuzankano ya polisi ngo abone uko atwara abagenzi muri guma mu rugo

Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Jinja yataye muri yombi umumotari wari urimo gutwara abagenzi abavana Nansana, mu nkengero za Wakiso abajyana mu Karere ka Jinja ku mashilingi 100,000 yambaye impuzankano ya polisi. Ikintu gitangaje, ibi byabaye nyuma y’icyumweru kituzuye Perezida Museveni atangaje ingamba nshya zo gukumira icyorezo cya Covid-19, zirimo no kubuza moto […]

RDC: Leta yambuye impushya zo gucukura peteroli ibigo by’Umunya-Israel

Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntivuga rumwe n’ibigo bigenzurwa n’umushoramari w’Umunya-Israel, Dan Gertler, ivuga ko impushya zabyo zo gushakisha peteroli ahantu habiri hegereye umupaka wa Uganda zarangiye mu gihe ibi bigo bivuga ko impushya zabyo zigifite agaciro. Minisiteri ishinzwe ingufu za hydrocarbone muri Congo yavuze mu ibaruwa yo ku ya 16 Kamena yasuzumwe na Reuters […]

Bafatanwe magendu y’ibitenge bari biziritseho nk’udukoti dukingira amasasu

Kuri iki cyumweru, itariki 20 Kamena kuri bariyeri yo muri Komini Buganda mu Ntara ya Cibitoke, hafatiwe abasore bane bari binjije magendu y’ibitenge, bari bakuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, babyizengurukijeho mu gatuza barenzaho indi myenda yo hejuru. Aba banyamagendu bari bavuye mu burasirazuba bwa Congo bafite ibitenge 24 bitari biri mu mizigo bari […]

Perezida Kagame ntaho agiye kujya Uganda n’u Burundi bitarajya ku murongo – Apotre Mutabazi

Apotre Mutabazi Kabarira Maurice, umuvugabutumwa ukunze no gukora ubusesenguzi ku bijyanye na politiki n’imibereho myiza arasaba abaturage kwirinda abiyita abahanuzi bagenda bavuga ko Imana yababwiye ko igiye guca ubutegetsi buriho, ndetse n’abababwira ko beretswe ku mukuru w’igihugu ndetse ashimangira ko abakwirakwiza ubu buhanuzi bazabihanirwa n’amategeko nibatitonda. “Havumwe umuntu uvuga ngo Imana iramuvugishije itamuvugishije, havumwe umuntu […]

USA: Serwakira yiswe Claudette imaze guhitana abasaga 10

Umuyaga ukabije wa serwakira wiswe Claudette uvanze n’imvura wahitanye abantu 12 muri Leta ya Alabama, aho wasenye amazu mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Umuyobozi w’Akarere ka Butler, muri Alabama, Wayne Garlock, yavuze ko abantu 10 barimo abana 9 bapfiriye muri iki cyiza cyabaye kuwa Gatandatu, mu Mujyi wa Greenville ndetse […]

Le Ghana va établir une usine de chocolat au Rwanda

Le Ghana collabore Ă  la crĂ©ation d’une usine de transformation de chocolat au Rwanda afin de stimuler le commerce et les investissements entre les deux pays. Dans le cadre du partenariat, le Ghana fournira du cacao biologique transformĂ© sous forme de gruĂ© de cacao ou de liqueur de cacao. Le Rwanda Ă©tablira Ă©galement une usine […]

RDC: Ingabo z’u Bubiligi zigiye guha imyitozo ingabo za FARDC zoherejwe mu burasirazuba

Igisirikare cy’u Bubiligi kigiye gutoza ingabo za FARDC zikorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho itsinda ry’abasirikare b’Ababiligi bazatoza n’irya FARDC kuva kuwa Gatandatu, itariki 19 Kamena ribarizwa Kindu, mu Ntara ya Maniema aho imyitozo izatangirwa. Nk’uko byatangajwe na Gen. Vincent Pierare w’Umubiligi, ngo uruzinduko rwabo muri Kindu rugamije gusuzuma uko hatangizwa […]

Imiterere y’ingengo y’imari y’umwaka utaha izasomwa muri iki cyumweru

Minisitiri w’imari n’igenamigambi ry’ubukungu, Uzziel Ndagijimana muri iki cyumweru yitezweho kuzasoma ingengo y’imari ya nyuma guverinoma izakoresha mu mwaka w’ingengo y’imari utaha wa 2021-2022, uzatangira muri Nyakanga. Inyandiko ikubiyemo imiterere y’ingengo y’imari yatanzwe ku ya 21 Gicurasi, icyo gihe isesengurwa na komite y’inteko ishinga amategeko mbere yo kohererezwa guverinoma. Ikinyamakuru New Times kivuga ko cyumvise […]

Polisi ntivuga rumwe na bamwe mu bo ivuga ko bafashwe batwaye basinze

Polisi y’u Rwanda ntivuga rumwe na bamwe mu bantu yerekanye kuri iki Cyumweru ivuga ko bafashwe batwaye imodoka basinze ndetse barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Ni abantu 26 Polisi yerekaniye kuri Station yayo ya Rwezamenyo ivuga ko bafashwe ku itariki 16 Kamena ariko bamwe muri bo ntibemera ko bari basinze bakavuga ko ibipimo bya […]

Umunyapolitiki Martin Fayulu yagabye igitero kuri Ambasaderi wa Amerika

Umunyapolitiki, Martin Fayulu, Perezida w’ishyaka Engagement pour la CitoyennetĂ© et le dĂ©veloppement (ECide), mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa Gatanu ushize, itariki ya 18 Kamena 2021, yagabye igitero kuri Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Kinshasa amwibutsa ko Abanyekongo batagikolonijwe. Muri iki kiganiro Martin Fayulu yagize ati: “Niba hari Abanyaburengerazuba, cyane cyane Bwana […]

Quatre officiers supérieurs promus colonel, un nommé secrétaire général adjoint du NISS

Le prĂ©sident Paul Kagame, en sa qualitĂ© de commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a promu quatre officiers du grade de lieutenant-colonel Ă  celui de colonel. Le lieutenant-colonel JP Nyirubutama a Ă©tĂ© nommĂ© colonel qui a Ă©galement Ă©tĂ© nommĂ© secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint du Service national de renseignement et de sĂ©curitĂ© (NISS). Le […]

Abarwayi bahunze ibitaro nyuma y’aho abakozi babyo basaga 10 basanzwemo Covid-19

Abarwayi bari binjiye mu Bitaro bikuru bya Kagadi, mu Karere ka Kagadi, mu burengerazuba bwa Uganda, batangiye kubisohokamo babihunga batinya kwandura COVID-19 nyuma y’aho abakozi 14 bakora muri ibi bitaro basanzwe baranduye iki cyorezo. Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Kamena nibwo Uganda Radio Network (URN) yasuye ibi bitaro isanga ibitanda byinshi byari byarafashwe n’abarwayi […]

RDC: Abasenateri barashinjwa gushaka kwitambika ubutabera

Ibyemezo bitavugwaho rumwe mu Nteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’abadepite ku ruhande rumwe, bemeye ko abayigize bajya kuburanishwa n’inkiko, ku rundi ruhande, Abasenateri banze gukuraho ubudahangarwa bwa bamwe muri bagenzi babo, byazamuye amajwi yumvikanisha kwamagana imyitwarire y’abo basenateri bamwe basanga bagamije kubangamira ubutabera. Ku wahoze ari minisitiri w’ubutabera, Luzolo Bambi […]

Umwuzukuru w’uwahoze ari Perezida wa Kenya, Arap Moi, yajyanwe mu rukiko

Kuri wa Gatanu ushize, umwuzukuru w’uwahoze ari Perezida wa Kenya, Daniel Arap Moi yananiwe kwitabira gukoresha ikizamini cya ADN cyari kigamije kumenya niba ari we se w’abana babiri yitakana. Kubera iyo mpamvu, Collins Kibet Moi ashobora gushinjwa icyaha cyo gusuzugura icyemezo by’urukiko, nyuma y’uko uwahoze ari umukunzi we, Gladys Jeruto, amukangishije kumushora mu rubanza. Mu […]

Iran: Perezida mushya ari ku rutonde rw’abafatiwe ibihano na USA

Ebrahim Raisi wahoze ari umucamanza niwe watsinze amatora ya perezida muri Iran mucyiciro cya mbere aho yakubise inshuro mu buryo bugaragara abandi bakandida batatu bahataniraga kuyobora iki gihugu. Ibyavuye mu matora bya nyuma birajya ahagaragara mu masaha ari imbere kuri uyu wa Gatandatu, ariko bigaragara ko Raisi yabonye amajwi arenga 50%. Bwana Raisi ni umucamanza […]

Abakabakaba 600 barangije muri Kaminuza ya KIM bakomeje kubaho mu gihirahiro

Abanyeshuri 599 bize muri Kaminuza ya KIM, barasaba gukurwa mu gihirahiro kuko ngo basoje amasomo muri 2019 ariko bakaba batarabona impamyabumenyi zabo. Bamwe mu banyeshuri bize muri Kaminuza ya KIM bamaze imyaka ibiri basoje amasomo yabo bakomeje gusaba gukurwa mu gihirahiro kuko kuva icyo gihe bategereje impamyambuenyi zabo amaso akaba yaraheze mu kirere. Ni abanyeshuri […]

Loni: Antonio Guterres yatorewe manda ya kabiri

Kuri uyu wa Gatanu, Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yatoreye Antonio Guterres manda ya kabiri yo kuba Umunyamabanga Mukuru, imuha indi myaka itanu ku buyobozi bw’umuryango uhuriyemo ibihugu 193 mu gihe Isi yugarijwe n’ibibazo bitandukanye ibi bihugu bitavugaho rumwe nk’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere zikomeje kwiyongera , n’icyorezo cya Covid-19 kikidegembya mu Isi. Abambasaderi mu cyumba cy’inteko bakomye […]

Mu mwaka Perezida Ndayishimiye amaze ku butegetsi abantu 554 bamaze kwicwa – LIGUE ITEKA

Mu gihe cy’umwaka umwe Perezida Evariste Ndayishimiye amaze ayobora igihugu cy’u Burundi, Umuryango LIGUE ITEKA, uharanira uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu uravuga ko abantu bagera kuri 554 bamaze kwicwa, 118 muri bo bakaba ari abagore. Uyu muryango uvuga ko uyu mwaka Perezida Ndayishimiye amaze ku butegetsi wabaye umwaka w’akaga kandi ubivuga ushingiye kuri iyo […]

Palestina yanze inkingo za Covid-19 yari yahawe na Israel

Ubuyobozi bwa Palesitina bwahagaritse amasezerano bwari bwagiranye na Israel yagombaga kuyiha nibura miliyoni imwe y’inkingo za Covid-19. Ubuyobozi bwavuze ko inkingo za Pfizer Israel yabahaye zegereje cyane igihe cyo kurenza igihe. Israel yari yavuze ko idakeneye izo nkingo kuko zendaga kurangiza igihe kubw’ibyo zikaba zagombaga gukoreshwa mu kwihutisha gahunda yo gukingira ya Palesitine. Palestina nayo […]

Le parquet rejette les demandes de deux “gĂ©nĂ©raux” du MRCD qui souhaitent ĂȘtre rĂ©intĂ©grĂ©s

L’accusation a rejetĂ© les demandes de Felicien Nsanzubukire et d’Anastase Munyaneza, anciens « majors gĂ©nĂ©raux » du CNRD-Ubwiyunge qui ont dĂ©clarĂ© au tribunal qu’ils devraient ĂȘtre amnistiĂ©s, tout comme de nombreux autres « rebelles » capturĂ©s en RDC. Le CNRD-Ubwiyunge est l’un des groupes qui se sont rĂ©unis pour crĂ©er le MRCD, une coalition qui a donnĂ© naissance Ă  […]

Uko urushyi uwari guverineri wa Nairobi yakubise umudepitekazi rwabaye uruhenze mu mateka

Biravugwa ko uwahoze ari guverineri wa Nairobi, Evans Kidero, yishyuye miliyoni 30 z’amashiringi y’amande (Miliyoni zisaga 275 Frw)kubera gukubita umunyapolitiki mugenzi we Rachel Shebesh mu 2013, bikaba bishoboka ko ari rwo rushyi rwa mbere ruhenze mu mateka. Mu kiganiro kuri Ghetto Radio, Shebesh, icyo gihe wari uhagarariye abagore ba Nairobi mu nteko ishinga amategeko, yemeye […]

Iran: Babyukiye mu matora agomba kuzagena perezida mushya

Amatora ya Perezida wa Iran kuri uyu wa Gatanu, itariki 18 Kamena, azagena uzayobora guverinoma y’abasivili izayobora iki gihugu kiganjemo Abayisilamu n’ahazaza h’umubano wacyo n’ibihugu byo mu burengerazuba nka Leta Zunze Ubumwe za Amerika bidacana uwaka. Mu bakandida bane, umuyobozi w’ubucamanza ukomeye, Ebrahim Raisi bigaragara ko ari we uza ku mwanya wa mbere mu bafite […]

Nigeria: Umupolisi yishwe abanyeshuri basaga 80 biganjemo abakobwa barashimutwa

Abantu bitwaje intwaro kuri uyu wa Kane bishe umupolisi banashimuta byibuze abanyeshuri 80 n’abarimu batanu bo mu ishuri ryo muri leta ya Kebbi yo muri Nigeria, nk’uko byatangajwe na polisi, abaturage n’umwarimu. Iki gitero cyaranzwe n’ishimuta rikabije kibaye ku nshuro ya gatatu mu byumweru bitatu mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria, abayobozi bakaba bavuga ko ibi […]

Raporo nshya ya Loni iravuga ko zimwe mu ntwaro ADF ikoresha zinyuzwa muri Uganda

Raporo nshya y’impuguke za Loni kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo irerekana ko imitwe yitwaje intwaro ikomeje gushyira ubuzima bw’abaturage mu kaga, kandi izi mpuguke zigatunga urutoki Igisirikare cya Congo, FARDC, zigishinja ibikorwa by’ubusahuzi, ubucuruzi butemewe bw’amabuye y’agaciro, no kwica abaturage gishinja gukorana n’imitwe yitwaje intwaro. Iyi raporo ya Loni yibanze ku ntara eshatu zo […]

Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa yasabiwe amezi 6 y’igifungo

Abashinjacyaha b’Abafaransa basabiye igifungo cy’amezi atandatu uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, mu rubanza aregwamo gutera inkunga mu buryo butemewe n’amategeko ibikorwa byo kwiyamamaza kwe mu 2012. Umuvugizi w’ubushinjacyaha ntiyashoboye guhita atanga ibisobanuro kuri aya makuru nk’uko bitangazwa na Reuters. Ku wa kabiri, Sarkozy yahakanye amakosa mu rubanza rwe ku gutera inkunga mu buryo […]

Le parquet demande la réclusion à perpétuité pour Rusesabagina

le parquet a demandĂ© au tribunal , ce Jeudi 17 juin, de condamner Ă  perpĂ©tuitĂ© Paul Rusesabagina, le prĂ©sident fondateur du MRCD-FLN, le groupe armĂ© qui a tuĂ© des civils rwandais lors d’une sĂ©rie d’attaques qu’il a menĂ©es dans diffĂ©rentes parties du pays en 2018 et 2019 . Rusesabagina est inculpĂ© de 9 chefs d’accusation, […]