RIB yataye muri yombi ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ifatwa rya Benon Rukundo, umuyobozi ushinzwe serivisi z’ubutaka (One Stop Centre) mu Mujyi wa Kigali kubera ko atashoboye kwerekana inkomoko y’ubutunzi bwe no gukoresha nabi umwanya we. Rukundo w’imyaka 34 y’amavuko kandi yari umuyobozi w’agateganyo ushinzwe imyubakire mu Mujyi wa Kigali. Nk’uko byatangajwe na Thierry Murangira, umuvugizi wa RIB, Rukundo […]

Imodoka ya mbere ihenze ku Isi iragura miliyari zisaga 70, dore 15 za mbere zihenze

most-expensive-cars-2021-1963-ferrari-250-gto-luxe-digital_2x.jpg

Imodoka ya mbere ihenze ku isi muri uyu mwaka wa 2021 ku isoko iragura miliyari zisaga 70 z’Amanyarwanda, ari yo 1963 Ferrari 250 GTO, igura miliyoni 70 z’Amadolari, mu gihe iyiyigwa mu ntege kuri uru rutonde rw’imodoka 15 zihenze dukesha Luxe Digital, ari Bugatti La Voiture Noire igura miliyari zisaga 18 z’Amanyarwanda, ku mwanya wa […]

Ifoto itangaje y’umufasha wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye, byinshi ku buzima bwe

download-19.jpg

Hari abantu bakomeye mu buyobozi bwa buri munsi bw’ibihugu byabo, icyakora ntabwo ari kenshi uzumva ubuzima bwabo n’ubuhanga bwabo. Aba ni abafasha b’abaperezida, bamwe muri bo bakaba ari abanyapolitiki n’abarwanashyaka bagiye bafatanya mu ngendo za politiki na bagenzi babo kugeza igihe bageze ku butegetsi. Ni muri urwo rwego BBC muri iki cyumweru yatangije urukurikirane rw’inkuru […]

Ibihugu 10 bifite amahoro n’ibihugu 10 bidatekanye ku Isi ku rutonde rwa GPI

capture-10.jpg

Icyegeranyo cya Global Peace Index (GPI) cyasohowe muri Kamena 2021 cy’ibihugu bifite amahoro ku Isi, ni icya 15 gishyira ku rutonde ibihugu 163 ku Isi hakurikijwe urwego rw’amahoro. Afurika ifite ibihugu bitanu ku rutonde rw’ibihugu 10 byiganjemo amakimbirane n’umutekano mucye ku Isi. Kuri uru rutonde wakwita urw’umukara, hagaragaraho ibihugu nka Afghanistan, Yemen, Syria, Sudani y’Epfo […]

RDC: Haravugwa umushinga w’itegeko rishobora gukumira Moise Katumbi mu matora yo mu 2023

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, haracyari umwuka mubi hagati y’abashyigikiye Katumbi n’abashyigikiye Perezida Felix Tshisekedi nyuma y’umushinga w’itegeko ryerekeye Ubunyekongo cyangwa ” congolité ” mu Gifaransa, rishobora kubuza kwinjira mu biro bya perezida n’indi mirimo ya leta, abantu badafite ba se na ba nyina b’Abanyekongo. Ni umushinga wamaganwa cyane cyane n’ishyaka rya Moise Katumbi, […]

Minisitiri Gatabazi yijeje ko nta muturage uzasonza muri ibi bihe bya Guma mu rugo

e6lxaucxsayecd_.jpg

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Jean-Marie Vianney Gatabazi, yijeje abaturage ko hari ibiribwa bihagije ku baturage ba Kigali n’uturere umunani turi muri Guma mu rugo, avuga ko nta n’umwe uzasonza kubera gufunga. Ibi byavuzwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 18 Nyakanga mu kigo cy’igihugu gishinzwe ingamba mu Karere ka Kicukiro. Yatanze ibisobanuro mbere yo gukwirakwiza ibiribwa ku […]

U Burusiya: Umuyobozi w’umujyi mu bantu 28 baguye mu mpanuka y’indege

Indege yari irimo abantu 28 kuri uyu wa Kabiri yakoreye impanuka mu burasirazuba bw’u Burusiya nk’uko byatangajwe n’abayobozi bavuganye n’itangazamakuru mu gihe umuntu umwe warokotse ataraboneka. Iyi ndege yo mu bwoko bwa Antonov An-26, yari mu rugndo iturutse mu murwa mukuru wa Petropavlovsk-Kamchatsky igana ahitwa Palana, igiturage giherereye mu majyaruguru y’umwigimbakirwa wa Kamchatka ubwo yaburaga […]

Gakenke: Un chef local détenu pour des allégations de torture et d’agression

Le secrétaire exécutif du secteur Muhondo dans le district de Gakenke a été arrêté avec deux autres personnes et fait l’objet d’une enquête pour torture et agression intentionnelle. Les arrestations ont été confirmées par Thierry Murangira, le porte-parole du Bureau d’enquête rwandais (RIB), qui a déclaré qu’elles avaient eu lieu les 5 et 6 juillet. […]

Menya ahantu u Rwanda rufite ambasade na zimwe mu nyubako zikoreramo

800px-embassy_of_rwanda__washington__d.c.jpg

U Rwanda kugeza ubu rufite ambasade 17 mu bihugu byo muri Afurika, ebyiri muri Amerika, umunani muri Aziya, umunani mu Burayi, n’ebyiri mu miryango Mpuzamahanga nk’uko tugiye kubigarukaho tubikesha Wikipedia. Mu bihugu byo muri Afurika u Rwanda rufitemo ambasade harimo Angola, Burundi, RDC, Repubulika ya Congo, Misiri, Ethiopia, Ghana, Kenya, Maroc, Nigeria, Senegal, Afurika y’Epfo, […]

Louise Mushikiwabo yohereje indorerezi z’amatora muri Moldavia

Ku butumire bwa Repubulika ya Moldavia, Umunyamabanga Mukuru wa Francophonie, Louise Mushikiwabo, yashyizeho itsinda ry’indorerezi zizakurikirana imigendekere y’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko muri iki gihugu ateganyijwe ku itariki 11 Nyakanga 2021. Izi ntumwa zoherejwe mu butumwa buzwi nka ‘Mission électorale de la Francophonie (MEF)’, ziyobowe na Madamu Eva Descarrega Garcia, Ambasaderi wa Andorre mu Bufaransa […]

Lt. Gen. Philémon Yav wari woherejwe i Minembwe yahakuwe adasohoje inshingano ze

Lieutenant Général Philémon Yav, wari woherejwe i Minembwe kuyobora zone ya 3 y’ubwirinzi i Minembwe yahatiwe kuva aha hantu adasoje inshingano zahamujyanye. Uyu musirikare yari yageze i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yahawe inshingano zo kurandura imitwe yitwaje intwaro y’ananyagihugu n’abanyamahanga ikorera mu mu misozi miremire yo muri iki gice. […]

U Bushinwa ntibwishimiye ko u Buyapani bushobora gutabara Taiwan igihe yaterwa

np_file_75516.jpg

Igihugu cy’u Bushinwa cyarakajwe n’amagambo ya Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani watangaje ko igihugu cye kizarinda ikirwa cya Taiwan gifatanyije na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nikiramuka gitewe n’u Bushinwa bugifata nk’ubutaka bwacyo. U Bushinwa ntibwigeze bureka igitekerezo cyo gukoresha ingufu mu kongera kwiyomekaho Taiwan kandi imyitozo ya gisirikare bumaze iminsi bukora hafi y’iki kirwa yongeye […]

Kenya: Ruto na Odinga batangiye gusebanya mbere y’amatora bazahuriramo mu 2022

00470473_e1fbb58cde22031f564a418e4d373452_arc614x376_w614_us1.jpg

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yibasiye ku mugaragaro umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Raila Odinga, abona nk’umwe mu bakomeye mu bo bazaba bahanganye mu matora rusange yo mu 2022. Kuri iki Cyumweru, itariki ya 4 Nyakanga 2021, ku birego atigeze ashyira ahagaragara mbere, Ruto yavuze ko Odinga wahoze ari umusangirangendo we muri politiki, yamunzwe na […]

RDC: Uwari ukuriye ubutasi wihishe yavuze ko yiteguye kwigaragaza agira ibyo asaba

Kalev Mutond, wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ANR) yongeye kumvikana nyuma y’igihe yarihishe inzego z’ubutebera zimukurikiranyeho ibyaha birimo kugerageza kwica agira ibyo asaba kugirango azishyikirize ubutabera ari umuntu widegembya. Uyu mugabo akurikiranweho ibyaha birimo guta muri yombi binyuranyije n’amategeko, gufata abo yataye muri yombi mu buryo bwa kinyamanswa no […]

Kagame accueille l’envoyé spécial du Mali

e5dtha5wuaikv21.jpg

Le président Paul Kagame a reçu dimanche 4 juillet l’ambassadeur Abdoulaye Diop, ministre malien des Affaires étrangères et de la Coopération internationale au Village Urugwiro. L’ambassadeur Diop était dans le pays en tant qu’envoyé spécial avec un message du colonel Assimi Goita, président de la transition et chef de l’État du Mali. La Cour constitutionnelle […]

Hafashwe umupolisi ushinjwa gucuruza abantu bavanwa mu Kenya bajyanwa mu Rwanda

Igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi umupolisi wacyo mu gihe undi yaburiwe irengero, bashinjwa gucuruza abantu babakuye muri Kenya babajyana mu Rwanda. Umuyobozi wungirije w’akarere ka Busia, Mathew Tusubira, avuga ko aba bombi bashinjwa gucuruza Abanyekongo batandatu 6 bakuwe muri Kenya banyuze muri Busia bajya mu Rwanda. Tusubira avuga ko uwitwa Wetaka yarokotse gutabwa muri […]

Gasabo: Abantu 22 bo mu bihugu 3 bya EAC bashatse kwiba Equity Bank barakatiwe

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwahanishije igifungo cy’ imyaka umunani umutwe ugizwe n’ abantu 22 bakomoka mu bihugu bitatu ari byo u Rwanda, Kenya na Uganda, nyuma yo gusanga bahamwa n’ibyaha bitanu baregwa n’ Ubushinjacyaha birimo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi cyangwa kuwujyamo, kugera mu buryo butemewe ku makuru abitse muri mudasobwa cyangwa mu rusobe rwa […]

Uvira: Abarundi 20 batawe muri yombi bashinjwa ibikorwa byo gushimuta

Abarundi 20 n’Abanyekongo 8 bakekwaho ibikorwa byo gushimuta abana mu Mujyi wa Uvira batawe muri yombi n’inzego z’umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mukwabu wateguwe mu majyaruguru y’uyu mujyi wa kabiri muri Kivu y’Amajyepfo. Mu kiganiro n’itangazamakuru kuwa Gatandatu ushize, itariki 03 Nyakanga, Umuyobozi w’Umujyi wa Uvira, Pasiteri Kiza Muhato, yavuze ko abo […]

Burundi: Umuyobozi wa Gereza ya Muramvya afunzwe akekwaho uruhare mu gitero cyishe 18

Umuyobozi wa Gereza ya Muramvya, Télésphore Manirambona yatawe muri yombi ku itariki 28 Kamena nyuma yo guhatwa ibibazo igihe gito n’abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubutasi, SNR, aho akekwaho kugira uruhare mu gitero giherutse guhitana abantu 18 ahitwa Rutegama muri week-end ishize. Uyu kuri ubu bivugwa ko afungiwe muri kasho ya SNR i Bujumbura. Nk’uko amakuru […]

Abana 200 b’Abanyarwanda barabimburira abandi gutorezwa mu ishuri rya Paris Saint-Germain

Abana b’Abanyarwanda bagera kuri 200 ni bo bazaba bagize icyiciro cya mbere cy’abagiye guhugurirwa umupira w’amaguru mu ishuri ry’ikipe ya Paris Saint-Germain rizatangira gukorera mu Rwanda muri Nzeri nk’uko byatangajwe na Ferwafa. Guhera ku ya 21 Kamena 2021, ikipe y’abatoza ya PSG-Academy yatangiye urugendo rwo gushakisha abakinnyi 200 ba mbere bazahugurirwa muri iri shuri mu […]

Imbunda yishe Kaweesi yanakoreshejwe mu gitero kuri Gen Katumba, dore uko cyagenze

Igipolisi cya Uganda kiravuga ko cyageze ku makuru akomeye mu iperereza ryacyo ku gitero giherutse kugabwa kuri minisitiri w’imirimo n’ubwikorezi wa Uganda, Gen. Katumba Wamala, kigahitana umukobwa we n’umushoferi, aho kuri ubu bivugwa ko imwe mu mbunda zakoreshejwe icyo gihe yafashwe yanakoreshejwe mu gitero cyahitanye AIGP Angrew Kaweesi wahoze ari umuvugizi w’igipolisi mu 2017. Abagabo […]

Kinshasa: Laurent Gbagbo yasuye inshuti ye Jean-Pierre Bemba

Nyuma yo kuva muri gereza y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha no gusubira mu gihugu cye cya Cote d’Ivoire ku itariki 17 Kamena, Laurent Gbagbo wahoze ari pererezida w’iki gihugu yakoreye urugendo rwe rwa mbere hanze y’igihugu cye I Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Nyakanga. Ni urugendo […]

RDC: Kwanga gufata urukingo rwa Covid-19 kwa Perezida Tshisekedi kwaciye igikuba

Amakuru aturuka mu nzego z’ubuzima akomeje gukwirakwira aravuga kuri Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, n’urukingo rwa AstraZeneca. Perezida Tshisekedi biravugwa ko atarikingiza kandi akomeje kunenga uru rukingo avuga ko atizeye. Ibi bikaba bihabanye n’imbaraga guverinoma ikomeje gushyiramo ngo ishishkarize abaturage kwemera gukingirwa icyorezo cya Covid-19 gikomeje kubica bigacika hirya no hino […]

Putin avuga ko barasa ubwato bwa UK kandi intambara y’Isi ntibe kuko bazi ko batayitsinda

Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin yishingoye ku bihugu by’ibihangange byo mu burengerazuba bw’Isi avuga ko ingabo z’u Burusiya zishobora kurohamisha ubwato bw’intambara bw’Abongereza kandi n’iyo ntambara ya gatatu bavuga yahita ikurikiraho ntibe kuko bizi ko n’iyo yaba bitayisohakanamo intsinzi. Ni nyuma y’aho u Burusiya bwari buherutse guha gaspo aya mato y’u Bwongereza buvuga ko nihagira […]

Abakuru b’ibihugu 4 bya Afurika bahuriye muri Zambia mu gusezera Kenneth Kaunda

e5sizkcwyai_od4.jpg

Abaperezida b’ibihugu bigera kuri bine byo muri Afurika kuri uyu wa gatanu, itariki ya 02 Nyakanga bahuriye i Lusaka muri Zambia aho bitabiriye imihango yo gusezera bwa nyuma umukambwe Kenneth Kauunda uherutse kwitaba Imana ku myaka 97 y’amavuko. Abo bakuru b’ibihugu barimo uwa Ghana, Kenya, Afurika y’Epfo na Zimbabwe. Nyakwigendera kenneth kaunda yibukirwaho kuba yarayoboye […]

RDC: Abantu 8 barimo abagore n’umwana bakekwaho gukora na ADF bishwe n’abaturage

Abantu umunani bakekwaho kuba bakorana n’abarwanyi ba ADF kuri uyu wa Kane, itariki 01 Nyakanga bishwe n’abaturage barakaye mu gace ka Mambila gaherereye mu majyepfo ya Komanda, agasantere k’ubucuruzi ko muri Sheferi ya Basili muri Teritwari ya Irumu mu ntara ya Ituri, ku wa kane Nyakanga 01, 2021. Abashinzwe umutekano aho hantu berekana ko abagore […]

Imodoka 10 za mbere z’abaperezida zihenze muri Afurika

armored_mercedes_benz_s-class_2016_model_-_v8_powered.jpg

Abakuru b’ibihugu bo muri Afurika kimwe n’abandi ku Isi nabo bagenda mu modoka z’imitamenwa usanga ziba zihenze mu rwego rwo kwizera ko umutekano wabo urinzwe nk’abantu baba bafite inshingano zikomeye kandi bagendana amabanga akomeye y’igihugu, akaba ari muri urwo rwego twifuje kubagezaho imodoka 10 za mbere zihenze z’abakuru b’ibihugu muri Afurika bitewe n’ubushobozi bwazo bw’ubwirinzi. […]

Bangui: U Burusiya bwohereje abandi barimu 600 bagiye gutoza abashinzwe umutekano

U Burusiya bwohereje abandi barimu ba gisirikare bagera kuri 600 baherutse gusesekara i Bangui bagiye gutoza Igisirikare cya Centrafrica biyongera ku bandi bari bahasanzwe bakaba babaye 1,135 nk’uko byemejwe kuri uyu wa Kane n’umudipolomate w’Umurusiya avugana n’Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP. Mu gisubizo cyanditse, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya nayo yemeje aya makuru igira iti “ […]

Abarwariye mu bitaro Covid-19 bikubye inshuro esheshatu, 10 yabahitanye- Minisante

Mu gushize kwa Gatandatu abarwaye Covid-19 barwariye mu bitaro bikubye inshuro esheshatu nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ubuzima ivuga ko hagaragaye impinduka zikomeye z’ubwandu bwa COVID-19. Ibi kandi byatumye n’abakenera umwuka biyongera ku rwego rutari rwarigeze rubaho kuva iki cyorezo cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020. Minisiteri y’ubuzima mu isesengura ryayo ivuga ko ukwezi kwa Kamena […]

L’exécution des décisions de justice passe au numérique

Le ministère de la Justice a annoncé que l’exécution des décisions de justice se fera par voie numérique à compter du vendredi 2 juillet. Le nouveau développement a été annoncé dans un communiqué publié le mercredi 30 juin. Les décisions de justice qui devraient être modifiées en ligne incluent la gestion, la location, la vente […]

Uganda: Hafashwe abandi bagabye igitero kuri Gen. Katumba uwari ubayoboye aricwa

e5nppxqweaajeap.jpg

Inzego z’umutekano zitandukanye za Uganda ziravuga ko zataye muri yombi abandi bantu bane barimo uwari uyoboye agatsiko k’abantu bakekwaho kugaba igitero kuri Gen Katumba Wamala ku itariki 01 Kamena 2021 cyahitanye umukobwa we n’umushoferi akarokokana n’umurinzi we. Uyu bivugwa ko ari we wari uyoboye aka gatsiko kiswe ak’iterabwoba k’imbere mu gihugu, we ngo yashatse no […]

Minembwe: Abagore bane n’umusore umwe b’Abanyamulenge bishwe barashwe

Mu kiganiro yahaye KivuTimes mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki ya 01 Nyakanga 2021, umwe mu baturage bo muri Minembwe, yatangaje ko aho gukemura ikibazo cy’umutekano mucye aha hantu, kuhagera kwa Lt. Gen. Yav Philemon kwarushijeho gukaza ikibazo. Abantu barimo umusore umwe n’abagore bane, bivugwa ko kuri uyu wa Gatatu saa 18h00 barasiwe […]

U Bushinwa n’u Burusiya bishobora kugaba igitero gitunguranye kuri Hawaii – u Buyapani

Umuyobozi mukuru w’ingabo mu Buyapani yaburiye Amerika ko igomba kwitegura igitero gitunguranye nk’icyagabwe kuri Pearl Harbour mu ntambara ya 2 y’Isi, avuga ko kirimo gutegurwa n’u Burusiya n’u Bushinwa muri Hawaii kuko imyitozo ibihugu byombi biri gukorana idahangayikishije gusa Taiwan. Muri iki cyumweru, Depite Yasuhide Nakayama yabwiye ikigo cya Hudson ati: “Tugomba kwerekana ingaruka ku […]

Ethiopia iritegura kongera gufata Mekelle kandi ngo TPLF izahura n’akaga itigeze ibona

Umuvugizi wa Guverinoma ya Ethiopia, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zishobora kongera kwinjira mu murwa mukuru wa Tigray mu byumweru biri imbere nyuma y’aho uherutse kwigarurirwa n’abarwanyi ba TPLF mu cyumweru gishize. Ni ku nshuro ya mbere Leta ya Ethiopia igize icyo itangaza kuva umurwa mukuru wa Tigray, Mekelle, wakongera kwigarurirwa n’ingabo za TPLF. Ibiro […]

D. Rumsfeld wayoboye Pentagon uvugwaho uruhare mu mpfu z’abasaga 400,000 yapfuye

Donald Rumsfeld wahoze ari minisitiri w’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wakoranye na ba perezida, Gerald Ford na George W. Bush, ndetse akaba avugwaho kuba yaragize uruhare mu mpfu z’abantu basaga 400,000 mu ntambara yo muri Irak, yasezeye ku Isi y’abazima ku myaka 88 y’amavuko. “Ni n’akababaro gakomeye dusangije amakuru y’urupfu rwa Donald Rumsfeld, […]

Musanze: Umugabo arakekwaho gusimbuza umugore umwana we w’imyaka 8

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Musanze kuwa Kabiri ushize, itariki ya 29 Kamena 2021 rwashyikirije urukiko dosiye bukurikiranyemo umugabo uregwa gusambanya umwana yibyariye w’imyaka umunani y’amavuko. Ni icyaha cyakozwe mu bihe bitandukanye gikorerwa aho uregwa atuye mu Mudugudu wa Rutemba, Akagari ka Buruba, Umurenge wa Cyuve, Akarere ka Musanze. Kugira ngo bimenyekane ni uko abarimu […]

Jean-Claude Iyamuremye condamné à 25 ans pour crimes de génocide

La Chambre spéciale de la Haute Cour pour les crimes internationaux et transnationaux a reconnu Jean-Claude Iyamuremye coupable de génocide et l’a condamné à 25 ans de prison. L’homme de 46 ans était accusé d’avoir été chef de la milice Interahamwe à Kicukiro lors du génocide de 1994 contre les Tutsis, en plus d’être un […]

Abana ba Harry na Meghan ntibazitwa ibikomangoma Charles naba umwami

Igikomangoma Charles biravugwa ko cyaba cyabwije ukuri umuhungu wacyo, Igikomangoma Harry n’umugore we, Meghan Markle, ko abana babo, Archie na Lilibet, batazitwa ibikomangoma naramuka afashe ikamba ry’ubwami asimbuye nyina, Umwamikazi Elisabeth. Ni mu gihe ubusanzwe biteganyijwe ko abuzukuru b’umwami bahita bafata title y’ibikomangoma, bivuze ko Archie na Lilibeth bari kuzitwa ibikomangoma mu gihe sekuru yari […]

Mukeshabatware Dismas wamamaye kuri RBA no mu makinamico yitabye Imana

Amakuru agera kuri Bwiza.com aravuga ko Mukeshabatware Dismas wamenyekanye cyane kuri Radio y’Igihugu (RBA) no mu makinamico kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Kamena 2021 yitabye Imana aguye mu Bitaro bya Faisal, aho yari yakiriwe kuri uyu wa Kabiri. Amakuru yashyizwe ahagaragara n’abana be kuri rumwe mu rubuga rwa whatsApp rwa […]

MINUSCA: Christophe Bizimungu wavuye mu Rwanda ari Komiseri wa Polisi ubu ari kwitwa general

capture-9.jpg

CP Christophe Bizimungu, wo mu gipolisi cy’u Rwanda watangiye kuri uyu wa kabiri, itariki 29 Kamena inshingano ze zo kuyobora Igipolisi cy’Umuryango w’Abibumbye muri (UNPol) gikorera muri Centrafrica, kuri ubu arimo kwitwa General mu nkuru zitandukanye zirimo kumugarukaho harimo n’igaragara ku rubuga rwa Loni. Uru rubuga ruravuga ko General wa Polisi Christophe Bizimungu yasimbuye Umufaransa […]

Abagize Urwego rw’Umuvunyi na bo bashyikirije Sena Inyandiko z’Imenyekanishamutungo

e493idzwuaaxami.jpg

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 28 Kamena 2021, Biro ya Sena y’u Rwanda yayoboye umuhango wo kwakira Inyandiko z’Imenyekanishamutungo y’Umuvunyi Mukuru n’Abavunyi Bungirije, Mukama Abbas na Yankurije Odette, n’iy’abandi bakozi b’Urwego rw’Umuvunyi, watangiye saa yine n’igice za mugitondo (10h30) uyobowe na Perezida wa Sena. Perezida wa Sena, Nyakubahwa Dr. Iyamuremye Augustin yashimye Urwego rw’Umuvunyi […]

Prof. Duclert wakoze raporo ishinja u Bufaransa uruhare muri jenoside ari mu Rwanda

e5haj6hxiaeobzy.jpg

Umufaransa Prof Vincent Duclert wayoboye itsinda ry’abashakashatsi b’Abafaransa bacukumbuye uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi ari mu Rwanda aho mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu yagiranye ibiganiro n’ubuyobozi bw’Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse, IBUKA. Prof Duclert yaje aherekejwe n’itsinda rigizwe na bamwe mu bagize komisiyo ye baboneyeho gushyikiriza IBUKA kopi ya raporo Duclert yanzuye […]

Bwa mbere Tshisekedi yasubije abamushinja kuba inyuma y’ifungwa rya Kamerhe

“Nta gicucu cy’ubwumvikane buke hagati yanjye na Vital Kamerhe”, ibi byatangajwe na Félix Tshisekedi mu kiganiro cyihariye yagiranye na Jeune Afrique, aho yasubizaga abamushinja kuba inyuma y’ifungwa ry’uwahoze ari Umuyobozi w’ibiro bye. « Nta mubare uwo ari wo wose nigeze mbara cyangwa gukoresha umuntu uwo ari we wese kugirango abe ari aho ari uyu munsi. […]

Muhanga: Urukiko rwasabiye igihano uwashatse kwica umugore we bikamupfubana

Mu mpera z’icyumweru gishize Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye igihano cy’igifungo cy’imyaka 25 umugabo ukekwaho gushaka kwica umugore we ariko u mugambi we ukaba waraburijwemo n’abaturanyi ubwo abana bavugije induru batabariza nyina. Uyu mugabo w’imyaka 41 kuri ubu afungiye muri station ya polisi ya Nyamabuye, akaba akekwaho kuba ku itariki ya 31/5/2021, ubwo yari […]

Perezida Tshisekedi yababariye umudepite wari wafunzwe azira kumwubahuka

Perezida Felix Tshisekedi yababariye umudepite wari wafunzwe azira kumwubahuka amuvugaho amagambo mabi amwita umubeshyi avuga ko yananiwe kubahiriza ibyo yasezeranyije abaturage bo muri Ituri. Mu byishimo byinshi nyuma yo kurekurwa Depite, Jean-Bosco Asamba yagize ati “Umukuru w’igihugu yategetse ko ndekurwa binyuze kuri guverineri w’umusirikare w’intara,” Uyu mudepite yari yatawe muri yombi ku Cyumweru gishize, ahatwa […]

Le ministre Biruta en Italie pour le sommet du G20

e5cmoh9xoaiham2.jpg

Le ministre des Affaires étrangères et de la Coopération internationale, Vincent Biruta, est arrivé mardi à Matera, dans le sud de l’Italie, pour la réunion ministérielle du G20. Selon le ministère rwandais des Affaires étrangères, le Dr Biruta a été reçu par son homologue Luigi Di Maio. La réunion des ministres des Affaires étrangères du […]

Impamvu abagabo bagomba guhindura imyumvire bafite ku bagore

Umuyobozi wa RWAMREC, Nzabonimana Venant, asaba abagabo guhindura imyumvire bafite ku bagore, ngo kuko baba bigisha abahungu babo. Asanga iyo umugore ahohoterwa bigira ingaruka ku buzima bw’umuryango wose. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga inama mpuzamahanga ya gatatu, yavugaga ku ruhare rw’umugabo mu kwimakaza ihame ry’uburinganire “Ubuntu Symposium , 3 rd Global MenEngage Symposium”. Ni inama ikorwa […]

Nigeria, igihugu cya Afurika gikize kiri muri 12 bya mbere ku Isi bifite injiji nyinshi

nigeria-2.jpg

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burezi, ubuhanga n’umuco, UNESCO, rivuga ko uburezi cyangwa kugera mu ishuri ari bumwe mu buryo bwo guha imbaraga zo kwibeshaho abaturage, umuryango cyangwa sosiyete muri rusange, rikaba ryagereranyije urugero rw’uburezi mu bihugu bitandukanye, aho riuga ko kugeza ubu 30% by’abantu bakuze na 20% by’urubyiruko (Hagati y’imyaka 25 na 34) bakomeje […]

Mu turere hafi 10 na Kigali ingendo zabujijwe guhera saa 6:00 z’umugoroba, amashuri arafungwa

aaaa.jpg

Bitewe n’umubare w’abandura Covid-19 ukomeje kugenda wiyongera ndetse na virus igenda yihinduranya mu bice bitandukanye by’Isi, Guverinoma y’u Rwanda yafashe ingamba nsha zigamije gukumira ikwirakwizwa ry’iki cyorezo, aho guhera ku itariki ya 01 Nyakanga 2021, mu Mujyi wa Kigali, uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rutsiro na Rwamagana ingendo zibujijwe guhera saa kumi […]

RDC: Umudepite wubahutse Perezida Tshisekedi yaraye muri Gereza Nkuru ya Bunia

Umudepite w’intara ushinjwa gutuka PereziTshisekedi witwa Jean-Bosco Asamba waraye ijoro rye rya mbere muri kasho y’ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Ituri, kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Kamena, yoherejwe muri Gereza Nkuru ya Bunia. Uyu wafashwe ku itariki 27 Kamena, agahita anumvwa n’ubushinjacyaha bwa gisirikare bwa Ituri, ni umudepite watorewe mu Mujyi wa Bunia ushinjwa kuba […]

Syria: Ibirindiro by’ingabo za Amerika byagabweho igitero cya za rokete

Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifite ibirindiro hafi y’iriba rya peteroli mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Syria zagabweho ibitero bya rokete kuri uyu wa Mbere nyuma y’umunsi umwe indege z’intambara za Amerika nazo zigabye ibitero ku nyeshyamba ziherereye ku mupaka wa Syria na Irak. Nta bakomerekejwe n’iki gitero ariko ibyo cyangije biracyagenzurwa. “Turatanga amakuru […]

Musanze: Hadutse amabandi yambaye gisilimu arimo kwibisha amayeri ahambaye

Abaturage batuye mu mujyi no mu nkengero zawo baravuga ko bahangayikishijwe n’amabandi yateye ari kwiba abantu yifashishije uburyo butandukanye. Ubuyobozi bw’akarere buravuga ko ayo mayeri bwayatahuye, icyakora bugasaba abaturage ko uwo bibayeho yakwihutira gutanga amakuru kugira ngo bafatwe cyane ko hari abari kwibwa bakagira isoni zo kubivuga. Aba bajura ntibari basanzwe cyane mur’uyu mujyi wa […]

Le Rwanda se rapproche du poste de santé dans chaque cellule

Le ministère de la Santé est sur le point d’atteindre son objectif d’avoir au moins un poste de santé dans chaque cellule du pays, car seules 50 cellules restent actuellement sans poste de santé. Une cellule est juste au-dessus de la plus petite unité administrative de la structure de gouvernement local du pays. Les postes […]

Sudani yemeye guha ICC Omar Al-Bashir wayiyoboye imyaka 30

Igihugu cya Sudani cyemeye kuzashyikiriza Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha uwahoze ari perezida, Omar Al-Bashir nk’uko umwe mu bayobozi b’iki gihugu yabitangaje kuwa Gatandatu ushize, nyuma y’aho hatangijwe iperereza ry’abashinjacyaha bo muri Sudani ku makimbirane yo muri Darfur mu mwaka ushize. Minisitiri wa Sudani ushinzwe ibibazo by’igihugu, Buthaina Dinar mu kiganiro n’itangazamakuru yagize ati “Guverinoma yafashe icyemezo […]

Ambasaderi wa Israel i Washington yeguye ku mirimo ye

Ambasaderi wa Israel muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri iki Cyumweru yeguye ku mirimo ye nyuma y’amasaha macye amaze kwakira Perezida wa Israel, Reuven Rivlin, i Washington aho kuri uyu wa Mbere agirana ibiganiro na mugenzi we Joe Biden muri White House. Icyemezo cya Ambasaderi Gilad Erdan kije mu gihe ubuyobozi bwa Biden na […]

Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe ikindi cyiciro cy’inkingo za Covid-19

e49jqzgx0aehczt.jpg

Kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Kamena, Akarere ka Nyaruguru kashyikirijwe inkingo zisaga igihumbi zigiye guhabwa abageze mu zabukuru nka doze ya kabiri nyuma y’inkingo za mbere zagejejwe muri aka karere ku itariki 7 Kamena. Indege ya Kajugujugu y’igisirikare cy’u Rwanda kirwanira mu kirere, RAF-2812 niyo yagejeje iki cyiciro cya kabiri, kigizwe n’inkingo 1411 za […]

Uganda: Umupolisi yishe arashe umwana w’imyaka 13 kuko yatinze kuva mu nzira

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Butaleja kiri gukora iperereza ku iyicwa ry’umwana w’umunyeshuri w’imyaka 13 bivugwa ko yarashwe n’umupolisi kubera ko yari yarengeje amasaha yo kugera mu rugo. Uwishwe yitwa Ester Naula, wigaga mu mwaka wa gatanu ku Ishuri ribanza rya Mazimasa warashwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ushize mu ma saa moya na […]

Gihanga: Uwitwa Gisumizi bivugwa ko yari igisambo ruharwa yicishijwe inkoni

Imirambo ibiri y’abantu bishwe yakuwe mu midugudu ibiri yo muri Komini Gihanga, mu Ntara ya Bubanza, mu burengerazuba bw’u Burundi aho bivugwa ko bishwe mu ijoro ryo kuwa Gatanu ushize. Muri iyo mirambo harimo uw’uwitwa Gisumizi watoraguwe ku nkengero z’umuhanda uri mu kidendezi cy’amaraso. Bivugwa ko byagaragaraga nk’aho uyu yicishijwe inkoni nk’uko abaturage bo mu […]

H. Védrine arasabwa kwegura ku buyobozi bwa Rencontres d ‘Arles kubera ibyo yavuze kuri jenoside

Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa, Hubert Védrine, yabaye intandaro y’impaka za ngo turwane nyuma y’amagambo yatangaje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, aho abahanga mu by’amateka n’abahanzi basaba ko yakwegura mu nama y’ubuyobozi ya rimwe mu maserukiramuco manini y’amafoto ku isi, (festivals de photographie) izwi nka Rencontres d ‘ Arles. Iri serukiramuco rizabera […]